PairID
stringlengths
14
21
Language
stringclasses
9 values
Sentence1
stringlengths
2
790
Sentence2
stringlengths
6
1.37k
Length
int64
2
2
Score
float64
0
1
kin_train_00456
kin
Avuga ko icya mbere ari ukunamira abantu bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi nko “kubasubiza ubumuntu bwabo, kubasubiza agaciro bambuwe bicwa n’inyamaswa.”
Kugeza ubu abantu bazwi bazize Jenoside yakorewe Abatutsi bari mu bitaro bya Kabutare ni
2
0.62
kin_train_00457
kin
Yavuze ko mu gihe Abanyarusizi cyangwa Abanyarwanda muri rusange babanira neza abaturanyi, nabo bakababanira neza byaba byiza kurushaho kandi byagira inyungu ku mpande zimbi.
Ariko tubabaniye nabo bakatubanira byaba byiza kandi byagira inyungu."
2
0.56
kin_train_00458
kin
Ntuzatangazwe no kuba amuvuga nabi cyangwa neza uko yaba amuvuga kose ntibikuraho ko atamukimukunda kuko burya umuntu avuga uwo yatakereje.
Kuva mu myaka ya kera uyu mubano wahozeho kuko niwo uganisha ku kubaka urugo, ugakomeza kugenda neza cyangwa nabi bitewe n’amahitamo yaba nyiri urugo.
2
0.66
kin_train_00459
kin
Ibyo umukobwa urengeje imyaka 25 agomba kwitaho Munsi y’imyaka 20 ni igihe umuntu aba yuzuyemo uguhuzagurika n’amateka asekeje aranga abato.
Inkuru y’urubuga El Crema igaragaza ibintu 10 umukobwa urengeje imyaka 25 aba agomba kumenya kugira ngo imyitwarire ye itandukane n’iyo mu bwana.
2
0.56
kin_train_00460
kin
Si ubwa mbere ikibazo cyo guhemba igice kimwe cy'abakinnyi kigaragaye muri Rayon Sports kuko n'umwaka ushize cyavuzwemo cyane ndetse biteza umwuka utari mwiza.
Wari umukino Police yatangiye neza irusha cyane Kiyovu Sports ndetse inasoza igice cya mbere ku ntsinzi y’ibitego 3-
2
0.28
kin_train_00461
kin
Pasiteri Ntawiniga: Ndi umwana w’imfura iwacu, ariko nari umwana wananiye ababyeyi.
Pasiteri Ntawiniga: Nari mfite akazi keza ndi Umucungamutungo muri BRD nahembwaga amafaranga menshi, ariko nari mfite ikibazo cyo kutanyurwa n’ubuzima mbayeho.
2
0.53
kin_train_00462
kin
Ni mugihe muri manda ine ya komite nyobozi icyuye igihe, Mukura VS yegukanye igikombe cy’amahoro inasohokera u Rwanda mu mikino nyafurika ya CAF Championsleague.
Mukura VS ihagarariye u Rwanda muri Total CAF Confederation Cup kuko yegukanye igikombe cy’Amahoro 2018 itsinze Rayon Sports Penaliti 3-
2
0.5
kin_train_00463
kin
Mu iserukiramuco ‘Festival du cinéma africain de Khouribga’, hazanatangirwamo ibihembo bikomeye muri sinema, filime zo mu bihugu 14 bya Afurika zizerekanwa.
Jean Luc Fils Habyarimana ari mu bahataniye ibihembo bikomeye muri Maroc Sentore agiye kwitabira iserukiramuco ‘Festival du cinéma africain de Khouribga’
2
0.59
kin_train_00464
kin
Ni icyuma kiba gifite uburiri baryamishaho umuntu, kikagira ikindi gice hejuru gifite ijisho rifata ifoto ry’aharwaye.
Ni icyuma gihagaze, ariko cyagera hejuru kikagira igice cyinjizwamo ibere, ifite kandi ikindi gice kiba gicometseho mudasobwa ireberwamo ikibazo kiri mu ibere.
2
0.47
kin_train_00465
kin
Uyu Munya-Afurika y'Epfo ari mu bantu 23 batsinze irushanwa rya Space Academy Lynx Appolo.
Urubuga rwa internet rw'ikinyamakuru Jeune Afrique rwanditse ko uyu munsi, hasigaye gusa abanyamahirwe 23 batowe, kandi batsinze irushanwa Space academy Lynx Appolo.
2
0.36
kin_train_00466
kin
Ati “Nishimiye gutangaza ko Inama ya FIFA yemeje ko hazatangwa miliyari $5 ku mashyirahamwe yacu y’imikino muri ibi bihe bya COVID-”
FIFA yemeye guha amashyirahamwe y’imikino miliyari $5 yo kugoboka abakinnyi n’amakipe muri ibi bihe bya Coronavirus
2
0.78
kin_train_00467
kin
Umusifuzi Michael Olivier ntiyigeze amenyeshwa ko ari igitego ndetse ikoranabuhanga rya Goal-line Technologoy ryerekana ko umupira warenze umurongo ntiryabashije kubyerekana kuko abakinnyi bahakingirije.
Ishyirahamwe ry’Abasifuzi ba Premier League (PGMOL) ryavuze ko hatari kwitabazwa ikoranabuhanga rya VAR kandi umusifuzi atigeze amenyeshwa ko umupira ushobora kuba warenze umurongo.
2
0.44
kin_train_00468
kin
Mugiga ni indwara ivurwa igakira ariko iyo utinze kuyivuza ishobora kukwica cyangwa ikagusigira ubumuga butandukanye.
Ni indwara ivurwa igakira ariko kuko akenshi ifata hafi y’igitsina hari igihe abantu bayitindana, babuze umwanya cyangwa ubushobozi.”
2
0.41
kin_train_00469
kin
Yanashimiye by’umwihariko Perezida Paul Kagame wafashije u Rwanda kongera kwiyubaka ndetse ubu umunyarwanda aho ari hose akaba yarasubijwe agaciro.
Kuri 25 Kamena Perezida Mbasogo akaba yari yanakiriye mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame , ubwo yari yitabiriye inama y’Afurika yunze ubumwe.
2
0.34
kin_train_00470
kin
Dr Gishoma avuga ko abantu benshi cyangwa bose bahura n’ibibazo koko mu buzima, gusa ngo usanga bamwe baba bafite ibisubizo bitatu, bibiri se cyangwa kimwe.
Dr Gishoma avuga ko ibi bisobanuye ko abantu benshi babasha gukemura ibibazo bahura nabyo batiyahuye.
2
0.69
kin_train_00471
kin
Mu gihe umukoresha atabikoze cyangwa yagize impamvu zimubuza kubikora, iryo (...)
Mu gihe umukoresha atabikoze cyangwa yagize impamvu zimubuza kubikora, iryo menyeshwa rikorwa na nyir'ubwite cyangwa abamuhagarariye, mu gihe kitarenze imyaka ibiri impanuka ibaye.
2
0.72
kin_train_00472
kin
Umuyobozi wungirije wa IMF, Tao Zang yashimye uburyo u Rwanda rwitwaye mu nama rwagiriwe ndetse n’inguzanyo y’ingoboka rwahawe.
Yagize ati “U Rwanda rwitwaye neza mu nkunga y’ingoboka ndetse n’inama za PSI, kandi igihugu cyagize iterambere rigaragara mu kugabanya ikinyuranyo cy’ibiva hanze n’ibyoherezwayo.
2
0.38
kin_train_00473
kin
Iki kinyamakuru Maxsciences cyagaragaje ko ikirere kiduhishiye byinshi (...)
Ubwirakabiri bwakoze urugori rw'umuriro Iki kinyamakuru Maxsciences cyagaragaje ko ikirere kiduhishiye byinshi muri uku kwezi kwa Mata kuko ngo kwaba kwaranagaragayemo ubwirakabiri bw'ukwezi (eclipse lunaire).
2
0.59
kin_train_00474
kin
Kunywa amazi mbere cyangwa nyuma ho iminota 30 yo kurya bifasha umubiri gukora igogora neza ndetse bikanawufasha gukura intungamubiri mu byo wariye.
Kutanywa amazi bitera Impatwe (constipation) “Ese ujya wibuka kunywa amazi mbere cyangwa nyuma yo gufata amafunguro?”
2
0.69
kin_train_00475
kin
Imibare iherutse gushyirwa ahagaragara n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC), yagaragaje ko mu Rwanda abantu bakuru 187 280 barwaye diabetes.
Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), Dr Sabin Nsanzimana yasabye abantu gukomeza kwirinda kujya muri ibyo bibazo byo kurwara COVID-
2
0.28
kin_train_00476
kin
Umugabo n’umugore bakwiye gukora imibonano mpuzabitsina kangahe mu cyumweru?
Ikitonderwa: Umukobwa n’umusore bakoze imibonano mpuzabitsina baba banyuranyije n’amahame agenga umuryango mugari (society), abemerewe gukora imibonano mpuzabitsina ni umugabo n’umugore bashakanye.
2
0.38
kin_train_00477
kin
Iyi iPhone itatswe na diamant yo ku rwego rwa mbere ifite carat 6, zahabu z'umuhondo,umweru n'iroza zose zifite carat
Guhenda ku iyi telefoni si uko itatswe n'amabuye y'agaciro menshi kurusha izindi ahubwo n'uko igifuniko(case) cyayo gikozwe muri zahabu ifite Carat
2
0.66
kin_train_00478
kin
EBM yatumye imisoro yinjira yikuba kabiri Kuva utumashini dutanga inyemezabuguzi EBM twatangira gukoreshwa mu 2013, imisoro yakomeje kuzamuka kugeza yikubye hafi kabiri mu myaka itanu.
EBM ngo yatumye imisoro yinjira yikuba kabiri mu myakaa itatu ishize.
2
0.81
kin_train_00479
kin
Nzirimu James ushinzwe ubuvugizi bw'abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri CNLG, yavuze ko ahazaza heza h'u Rwanda hari mu biganza by'urubyiruko.
Nzirimu James, Umuyobozi ushinzwe ubuvugizi bw'abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri CNLG.
2
0.66
kin_train_00480
kin
Rugamba yishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi tariki ya 7 Mata 1994, hamwe n’umugore we n’abana batandatu bari bafitanye.
Abakinnyi 21 b’u Rwanda bari muri Mexique bose bavutse nyuma ya tariki ya 7 Mata 1994, ubwo Jenoside yakorerwaga Abatutsi yatangiraga, nyamara babaye Abambasaderi b’igihugu.
2
0.22
kin_train_00481
kin
Yagaragaje uburyo u Rwanda rukomeje gukora ibishoboka mu kwita ku banduye, abo bahuye bagashakishwa ngo bitabweho, nk’uburyo bufatika bwo guhangana na Coronavirus.
Iki cyemezo cyashimwe n'ikigega mpuzamahanga cy'imari (Fond Monetaire International) kubera ukuntu u Rwanda rukomeje gukora ibishoboka ngo rugabanye kugendera ku nkunga.
2
0.44
kin_train_00482
kin
Hagaragajwe uko guhera mu 1959 hashinzwe ibinyamakuru byinshi byo kubiba amacakubiri mbere ya za ‘Kangura’ Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG) Dr.
Jean Damascene Bizimana Umunyamabanga nshingwabikorwa wa Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Genocide yavuze ko guhakana no gupfobya Genocide yakorewe abatutsi bikorwa n’ibyiciro byose by’Abanyarwanda.
2
0.47
kin_train_00483
kin
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yashimye akazi gakomeye kakozwe na Depite Juvénal Nkusi, mu myaka yose amaze akorera igihugu.
Depite Juvénal Nkusi, yahisemo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru nyuma y’akazi gakomeye yakoreye igihugu”.
2
0.38
kin_train_00484
kin
Tariki 17 Mata 2000 nibwo Perezida Kagame yatowe n’Inteko Ishinga Amategeko ndetse n’abagize Guverinoma ngo asimbure Pasteur Bizimungu wari umaze ibyumweru bibiri yeguye.
Perezida Kagame kandi yagiranye ibiganiro na Perezida wa Sena y'Ubuholandi Ankie Broekers-Knol ndetse n'uw'Inteko Ishinga Amategeko Anouchka van Miltenburg, na Minisitiri w'Ububanyi n'amahanga Mr Bert Koenders.
2
0.41
kin_train_00485
kin
Umuyobozi w’ibitaro bya CHUK, Dr Theobald Hategekimana, yatangaje ko icyo ari igikorwa cy’ingenzi ndetse cyiza kuko indwara bavura zigoye kandi zikenera inzobere muri urwo rwego.
Umwe mu bana babazwe n'aba baganga Umuyobozi w’ibitaro bya CHUK, Dr Theobald Hategekimana, yatangaje ko iki ari igikorwa cy’ingenzi Dr.
2
0.75
kin_train_00486
kin
Tariki 28 Mata 2018 nibwo batashye inzu y’ uwacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi yari igiye kumugwira ndetse banamugenera ibiribwa.
Rugamba yishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi tariki ya 7 Mata 1994, hamwe n’umugore we n’abana batandatu bari bafitanye.
2
0.38
kin_train_00487
kin
Abavoka bagize urugaga babanze gukora urugendo rwo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu
Mubikorwa biteganyijwe gukorwa n'iri huriro harimo kwifatanya n'Abanyarwanda n'amahanga kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi mu
2
0.53
kin_train_00488
kin
Yabitangarije mu kiganiro cyihariye yagiranye n’umunyamakuru Muramira Regis wa City Radio mu kiganiro City Sports cyo kuri uyu wa Kane tariki 8 Ukwakira
Munyakazi Sadate yareze Radio 10 n’umunyamakuru wayo, Sam Karenzi, mu Rwego rw’Abanyamakuru Bigenzura ndetse impande zombi zitabye ku wa Kane tariki ya 17 Ukuboza
2
0.34
kin_train_00489
kin
Inkomoko y’insigamigani “Arigiza nkana” Uyu mugani bawuca iyo hagize umuntu wanga ikintu ku bushake nk’aho atakizi, akakireba kikangirika, nibwo bagira bati “Arigiza Nkana!”
Uyu mugani wegeka igihugu ho umuco wacyo, bawuca iyo bashaka gukemura impaka zishingiye ku migenzereze y’aha n’aha; nibwo bazikiranura bagira bati “Agahugu umuco, akandi umuco”.
2
0.31
kin_train_00490
kin
Minisitiri w'Intebe w'igihugu cya Santarafurika, Andre Nzapayeke, hamwe n'ingabo ziri mu butumwa bw'amahoro muri ivyo gihugu mu muhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi.
Minisitiri w'Intebe w'igihugu cya Santarafurika, Andre Nzapayeke, ageza ijambo ku bitabiriye muhango wo kwibuka Jenoside.
2
0.81
kin_train_00491
kin
Rwatubyaye yanagarutsweho kuri Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda yamwifurije kugira amahirwe mu buzima bushya agiye gutangira muri Leta ya Missouri.
Beyoncé ni umwe mu baririmbyikazi bihagazeho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika haba mu kugira igikundiro, imitungo n’ibindi bitandukanye.
2
0.19
kin_train_00492
kin
Umwe mu bana yavuze ko bari kumwe hafi y'inkombe ariko ko we atari azi koga hanyuma agwa mu mazi bamukuramo yapfuye.
Yagize ati "yanyereye ku bitare ahita agwa mu mazi ariko ntabwo yari azi koga yahise asoma amazi ahita apfa".
2
0.62
kin_train_00493
kin
Uretse kugeza amazi meza ku Banyarwanda no gutanga akazi, Jibu kandi ni umufatanyabikorwa muri gahunda za leta zitandukanye ahanini zigamije guteza imbere imibereho myiza y’abaturage.
Dukurikiza amategeko, twishyura imisoro kandi dukorana neza n'abategetsi mu ngamba bashyiraho bagamije guteza imbere imibereho myiza y'abaturage.
2
0.66
kin_train_00494
kin
Umuyobozi Mukuru w’iki kigo, Kayitare Celestin avuga ko mu nyandiko abantu bohererezanyaga zinyuze mu iposita hari harimo ibinyamakuru bikubiyemo ingengabitekerezo ya Jenoside.
Ati “hari uruhare abantu bashinja Iposita rwo gukwirakiza ibintu bikubiyemo Ingengabitekerezo ya Jenoside, ariko biraruhije kugira ngo ibe yarabikumiriye”.
2
0.66
kin_train_00495
kin
Guhera ubwo u Burusiya bwatangiye kwiyegereza icyo gihugu mu bya gisirikare kugeza aho bwanatanze umujyanama wihariye mu by’umutekano wa Perezida Faustin-Archange Touadéra.
Uko kwiyegereza Centrafrique k’u Burusiya ntikwashimishije na gato u Bufaransa, bwabaye muri icyo gihugu guhera mu bihe by’ubukoloni.
2
0.5
kin_train_00496
kin
Ingoro y'Umubyeyi Bikira Mariya yubatse I Crete Congo isurwa (...)
Ingoro ya Bikira Mariya i Crete Congo Nil [email protected]
2
0.75
kin_train_00497
kin
Abakinnyi ba Al Hilal Elobied basohotse bashyikirizwa ibyapa byavuzwe haruguru n’abafana bibumbiye muri Fan Club ya Mukura VS yiganjemo urubyiruko yitwa Generation MVS.
Iyo Fan Club ninayo yakiriye ikipe ya Mukura VS ku kibuga cy’indege babagenera ibyapa bibashimira uko bitwaye muri Sudani.
2
0.38
kin_train_00498
kin
Umuvugizi w’Itorero Zion Temple, Pasiteri Nzabakira Floribert yatangarije IGIHE ko hari amakosa Vuningoma yakoze agomba gusabira imbabazi akabona gusubira mu itorero.
Yagize ati “Vuningoma hari amakosa yakoze ni yo agomba gusabira imbabazi niba ashaka kugaruka[…]ni amakosa tutabwira itangazamakuru ariko arahari ”.
2
0.78
kin_train_00499
kin
Gentil Misigaro uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Gentil Mis yamenyakanye cyane mu ndirimbo Hari Imbaraga, Buri munsi na Hano ku isi yafatanyije na Adrien Misigaro.
Adrien Misigaro yamenyakanye mu ndirimbo nka ’Ntacyo Nzaba’ yafatanyije na Meddy, ’Twarahuye’, ’ Nkwite nde’ yafatanyije na The Ben n’izindi nyinshi.
2
0.28
kin_train_00500
kin
Yitaweho n’abaganga mu kigo cyagenewe kuvura Coronavirus ariko yaje gupfa azize kwangirika imyanya y’ubuhumekero.
Aba bombi bagaruwe mu Rwanda barembye cyane bitabwaho n’abaganga mu kigo cyagenewe kuvura Coronavirus ariko baza gupfa.
2
0.69
kin_train_00501
kin
Tony Blair wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza nawe yavuze ko ibihugu byo mu Burengerazuba ntacyo byakoze, anashima intambwe u Rwanda rwateye rwiyubaka.
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, wavuze ko u Rwanda rwateye intambwe yo gukoresha drones muri serivisi zirimo iz’ubuvuzi.
2
0.19
kin_train_00502
kin
Iri rushanwa ryitiriwe kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore usanzwe wizihizwa ku wa 8 Werurwe buri mwaka.
Abagore batabona bagaragaza ibyo bashoboye mu gihe u Rwanda n’isi muri rusange bizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore, uba ku ya 8 Werurwe ya buri mwaka.
2
0.75
kin_train_00503
kin
Amen Like Fece book: Richard Buroyumutima Like Page:Gospel Tone Contact: 0722356430 (Whatsapp) From:Gethsemane Gospel Ministries
Umwarimu akaba n'umwigisha:Richard BUROYUMUTIMA From:Gethsemane Gospel Ministries Like facebook:Buroyumutima Richard Like page:Gospel Tone Ukeneye ibindi bisobanuro cyangwa gutanga ubwunganizi Contacts:0722356430 (Whatsapp);0781561919
2
0.31
kin_train_00504
kin
Yagize ati “U Rwanda rwitwaye neza mu nkunga y’ingoboka ndetse n’inama za PSI, kandi igihugu cyagize iterambere rigaragara mu kugabanya ikinyuranyo cy’ibiva hanze n’ibyoherezwayo.
Kuri ubu u Rwanda ruzigirwa mu nkingi enye zirimo Iterambere ry’Urwego rw’Abikorera, Guteza imbere ibyoherezwa hanze, uburyo igihugu cyishakamo ubushobozi ndetse n’iterambere ry’urwego rw’ubukungu.
2
0.25
kin_train_00505
kin
Mu mujyi wa Abidjan ho muri Côte d’Ivoire niho hari hateraniye abanyempano baturutse mu bihugu bitandukanye bya Afurika bikoresha ururimi rw’Igifaransa.
“The Voice Afrique Francophone” ni irushanwa ryo kuririmba ryitabirwa n’abanyempano baturuka mu bihugu byo muri Afurika bikoresha ururimi rw’Igifaransa.
2
0.59
kin_train_00506
kin
Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rwazamuwe n'abanyarwanda bose nta n'umwe uvuyemo, hatagendewe ku bushobozi bwa bamwe gusa.Akomeza yemeza ko ubushobozi bugaragara budaterwa n'ubunini bw'ikintu.
Perezida Kagame yavuze ko icya kabiri u Rwanda rwakoze ari ukorohareza abaturage kugera kwa muganga.
2
0.5
kin_train_00507
kin
CNN itangaza ko 5G izaba ifite umuvuduko uhambaye n’ubushobozi bwo kwifashishwa n’ibikoresho by’ikoranabuhanga byinshi icyarimwe kurusha uko bigenda kuri 4G LTE.
Ihuriro ry’Ibigo bikora mu bijyanye n’Ikoranabuhanga rya Telefoni, GSMA, ryatangaje ko 5G ifite umuvuduko uhambaye ushobora gukuba inshuro 10 internet ya 4G LTE.
2
0.69
kin_train_00508
kin
Hari abemeye ibyavuzwe n’umubyeyi wa Iradukunda Liliane ndetse baramunenga, bamwuzuzaho ibitutsi, ahinduka impyisi yiyambitse uruhu rw’intama isura ya Nyampinga w’u Rwanda yuzura ikizinga.
Niyoyankunze yavuze ko kugeza ubu atazi icyo Iradukunda Liliane yaba yarapfuye n’umubyeyi we kuko ajya kuba Nyampinga w’u Rwanda na nyuma y’aho bari babanye neza.
2
0.78
kin_train_00509
kin
Minisitiri w'Ubuzima, Agnes Binagwaho mu kiganiro n'abanyamakuru [email protected]
Ibitaro bya Gahini byibwemo umwana
2
0.31
kin_train_00510
kin
Aha niho Dr Nzabonimpa asanga gahunda yo kuringaniza urubyaro itakagombye guharirwa abubatse ingo bonyine ko ahubwo bireba abantu b'ingeri zose.
Dr Nzabonimpa avuga ko Minisiteri y'ubuzima izakomeza gahunda yo gushishikariza abanyarwanda kuringaniza urubyaro nibura buri mwaka hakajya havuka abantu bakuzura umurenge gusa.
2
0.59
kin_train_00511
kin
Turi gukora ibishoboka byose ngo hagaragare impamvu yayo, kandi Polisi y'u Rwanda yiteguye gufatira ibyemezo abapolisi babigizemo uruhare."
Yakomeje yizeza ko Leta y'u Rwanda izakomeza gufasha Polisi y'u Rwanda muri ibi bikorwa byose bituma ikomeza gukora kinyamwuga hagamijwe kuburizamo, kurwanya no gukumira ibyaha.
2
0.47
kin_train_00512
kin
Uyu muyobozi avuga ko amenshi muri ayo mafaranga azatangwa na Leta y'u Rwanda kuko ariyo ifite uruhare mu itegurwa ry'iyi mikino.
Umuyobozi wa FERWAFA avuga ko amafaranga azagenda kuri CHAN amenshi azatangwa na Leta y'u Rwanda.
2
0.41
kin_train_00513
kin
Amen Like Fece book: Richard Buroyumutima Like Page:Gospel Tone Contact: 0722356430 (Whatsapp) From:Gethsemane Gospel Ministries
Buroyumutima Richard Like page: GOSPEL TONE Like Face book: Richard Buroyumutima Contact: 0722356430 ( Whatsapp)
2
0.56
kin_train_00514
kin
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) rivuga ko muri Afurika ubu hamaze kwemezwa abantu 1,117 banduye Covid-19 bari mu bihugu 42 by’Afurika.
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima OMS rivuga ko buri mwaka indwara z’umutima na stroke byica abantu miliyoni 17 ku Isi.
2
0.12
kin_train_00515
kin
Ibi Minisitiri w'Intebe Anastase Murekezi yabivuye mu muhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w'impunzi, umunsi wizihijwe kuri uyu wa mbere tariki 20 Kamena
Kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w'Umurimo mu Rwanda bizabanzirizwa n'icyumweru cyahariwe umurimo kizatangira tariki ya 25 Mata kugeza tariki ya mbere Gicurasi
2
0.25
kin_train_00516
kin
Ibyo bashingiraho basaba ko aba bayobozi begura harimo kuba barananiwe gukemura ibibazo bivugwa muri ADEPR Ishami rya Uganda n’iryo ku Mugabane w’u Burayi.
Mu myanzuro PAC yari yafashe harimo kuba Minisiteri y'Ubuzima yarangije gukemura ibibazo bivugwa muri Faysal bitarenze amezi atatu.
2
0.12
kin_train_00517
kin
Begereje mu Kibali Rubango abwira bagenzi be ati "Noneho tuze kugenda ku kirengarenga nibigera mu mataha y’inka tube tugeze kwa Gihwa, kuko nta handi nzaguranira!
Bamaze kugenda Rubango abwira bagenzi be ati "Mureke abe ari jye ujyayo jyenyine na mwe mukenyere mwitegure tuze kubasiga.
2
0.62
kin_train_00518
kin
Ibisumizi byabanje kunyura hirya no hino mu mirenge bashishikariza abaturage kwitabira gutaha Sitade Huye [email protected]
Umutima warawibye urawujyana Nanjye ubwanjye, oya, sinkimenya Icyo nzi cyo gusa, waranjyanye KANDA HANO USHOBORE KUMVA
2
0.16
kin_train_00519
kin
Perezida Kagame kandi yagiranye ibiganiro na Perezida wa Sena y'Ubuholandi Ankie Broekers-Knol ndetse n'uw'Inteko Ishinga Amategeko Anouchka van Miltenburg, na Minisitiri w'Ububanyi n'amahanga Mr Bert Koenders.
Perezida Kagame aganira na Minisitiri w'Ububanyi n'amahanga w'Ubuholandi Perezida Kagame aganira na Perezida wa Sena ndetse n'uw'Inteko Ishinga Amategeko
2
0.56
kin_train_00520
kin
Yatangaje kandi ko Uwimana afungiwe ku sitasiyo ya Polisi ya Mukamira ndetse n'ibyafashwe akaba ari ho bibitse mu gihe iperereza rikomeje.
Abafatiwe muri Rubavu bafungiwe kuri sitasiyo ya Polisi Gisenyi ndetse n'ibyafashwe akaba ari ho bibitse.
2
0.5
kin_train_00521
kin
Amiel, izina ry’umuhungu udakunda gufatirwa ibyemezo Amiel ni izina rihabwa abana b’abahungu rikaba rikomoka mu rurimi rw’Igiheburayo aho risobanura ngo ‘Imana iri kumwe n’abantu banjye.’
Keila, izina ry’umukobwa ukunda kubaho mu buzima bwiza Izina Keila rikomoka mu Rurimi rw’Igiheburayo rikaba ryarakunze no gukoreshwa cyane muri Bibiliya rigereranywa n’inyubako nini.
2
0.25
kin_train_00522
kin
Polisi y’u Rwanda n’ikigo cy’igihugu gishinzwe iteganyagihe mu Rwanda ntibasiba gukangurira abanyarwanda kwirinda ibintu byose byatuma bagira ibyago byo gukubitwa n’inkuba.
Polisi y’u Rwanda nayo ikoresheje imbuga nkoranyambaga zayo ikaburira abantu ibyo bagomba kwirinda kugira ngo bagabanye ibyago byo kuza gukubitwa n’inkuba muri iyo mvura.
2
0.78
kin_train_00523
kin
Ikigo cy'igihugu cy'imisoro n'amahoro (RRA) kivuga ko kudatanga inyemezabuguzi bigira ingaruka ziremereye kuko bituma igihugu kitagira ubwigenge nyakuri bwo kwihaza mu ngengo y'imari ya Leta.
Kudatanga inyemezabuguzi ntibigira ingaruka ku bacuruzi gusa ahubwo ingaruka zikomeye ziza ku gihugu kuko bikivutsa ubwigenge nyakuri bwo kwihaza mu ngengo y'imari.
2
0.5
kin_train_00524
kin
Ubu bwoko bushya bwa coronavirus bwahawe izina rya Covid-19 buri mu bwoko bwa za virusi cyangwa udukoko duto cyane tutaboneshwa amaso, bita corona.
Covid-19 buri mu bwoko bwa za virusi cyangwa udukoko duto cyane tutaboneshwa amaso
2
0.66
kin_train_00525
kin
Bizimana Jean Damascene yavuze ko ikinyamakuru cyitwaga ‘Ijwi rya rubanda rugufi’ cyasohotsemo amategeko 10 y’abahutu aricyo cya mbere cyatangiye kubiba urwango mu banyarwanda.
Dr Bizimana avuga ko mu nyandiko za mbere zirimo iyo ku wa 27 Nzeri 1959 y’Ijwi rya rubanda rugufi yasohotsemo amategeko 10 y’Abahutu.
2
0.62
kin_train_00526
kin
Abahakana n’abapfobya Jenoside, ntibagira isoni zo kuvuga ko Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, yatewe n’ihanurwa ry’indege ya Perezida Habyarimana.
Perezida wa Sena Bernard Makuza, yashimangiye ko igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ari uburyo bw'ibanze bwo kurwanya Jenoside n'ingengabitekerezo yayo no kuyikumira.
2
0.44
kin_train_00527
kin
Minisitiri w'Urubyiruko n'Ikoranabuhanga Jean Philbert Nsengimana yahamagariye urubyiruko rw'u Rwanda guharanira amahoro by'umwihariko nk'abakomoka mu gihugu cyaciye mu bihe bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu
Ku ruhande rw'u Rwanda, Nsengimana Jean Philbert, Minisitiri w'urubyirukon'ikoranabuhanga mu isakazabumenyi, yavuze ko kugeza ubu u Rwanda rufite umwanya mwiza mu gukoresha ikoranabuhanga muri Afurika.
2
0.69
kin_train_00528
kin
Abakobwa bari guhugurwa ku ku kubyaza umusaruro ikoranabuhanga Mayor wa Bugesera Rwagaju Louis
Iri tangazo ryashyizweho umukono na Stella Ford MUGABO Ministiri Ushinzwe Imirimo y'Inama y'Abaminisitiri
2
0.12
kin_train_00529
kin
Gutanga inka, gukura ubwatsi, izingiro ry'urukundo mu banyarwanda Yanditswe kuya 22-01-2014 saa 14:38' na Rene Anthere Rwanyange Agasozi umuco akandi umuco.
Yanditswe kuya 6-02-2014 saa 11:36' na Rene Anthere Rwanyange Hari umukozi ushobora kugira impanuka ku kazi maze ntibimenyeshwe Ikigo cy'Ubwiteganyirize(RSSB).
2
0.22
kin_train_00530
kin
Ikintu cyose kigiye ntikigaruke bari babyizeye, bati "Cyagiye nka Nyombeli" Mbese ibigiye mahera byose bikazimirana amazeze, bati "Byagiye nka Nyombeli!"
Ikintu cyose kigiye ntikigaruke kandi bari babyizeye, bati "Cyagiye nka Nyombeli."
2
0.88
kin_train_00531
kin
Nubwo bimeze bityo, imyaka 25 ishize u Rwanda ruvuye muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ni nk’ikinyejana, ukurikije imiturirwa imaze kuzamurwa, ikaba yarahinduye isura y’Umujyi wa Kigali.
Niwe wahaye ibirari bikomeye Jenoside, igategurwa imyaka myinshi, ibyo byose nibyo byashoreye u Rwanda birugeza kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu wa
2
0.44
kin_train_00532
kin
Frederick Odhiambo wa Intel na Nadia Uwamahoro Bamwe mu rubyiruko bitabiriye ibiganiro [email protected]
Bugingo yavuze ko u Rwanda rutegereje igisubizo kizava muri CAF
2
0.28
kin_train_00533
kin
Tariki ya 15 Gicurasi 2014 nibwo Rayon Sports yasinyanye amasezerano y’imyaka itatu na SKOL yemeye kujya itanga miliyoni 47 Frw buri mwaka muri iyi kipe.
Mu 2017, nibwo hasinywe amasezerano mashya ya miliyoni 66 Frw buri mwaka mu gihe cy’imyaka itanu.
2
0.53
kin_train_00534
kin
Umuyobozi ushinzwe ubucuruzi n'Iterambere mu Kigo Nfrnds, Caylee Talpert, yatangaje ko bahisemo u Rwanda kuko hari aho rumaze kugera mu guteza imbere ikoranabuhanga.
Mu by’ingenzi u Rwanda rwari rukeneye cyane, hari hariho gushyiraho Itegeko Nshinga, kubaka inzego z’ubuyobozi, guteza imbere ubukungu, uburezi, imibereho myiza y’abaturage, ubuzima n’ibindi.
2
0.31
kin_train_00535
kin
Nayikoze n’umusore ariko nta maraso yigeze ava nkuko nabyaga mbibwirwa ko iyo umukobwa akoze imibonano mpuzabitsina bwa mbere ava amaraso kuko Hymen icika.
Dr Iba yadusobanuriye ko buri gihe umukobwa akoze imibonano mpuzabitsina nibura inshuro imwe aba atakiri isugi, yava amaraso cyangwa se ntayave.
2
0.72
kin_train_00536
kin
Tanya avuga ko impamvu byatwaye amezi 8 ngo yongere kwiyumvamo ko ashaka gukora imibonano mpuzabitsina ariko amaze kubyara yagize ipfunwe ry’ uko abantu bamubona.
Impamvu zitera umugore kutagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina Muri iki gihe abantu benshi bahura n’ingorane zitandukanye,haba uburwayi ndetse n’imikorere mibi y’umubiri.
2
0.46
kin_train_00537
kin
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, ushinzwe amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro, Rwamukwaya Olivier Nta shyaka abarizwamo
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye, Munyakazi Isaac (PDI)
2
0.47
kin_train_00538
kin
Umutima warawibye urawujyana Nanjye ubwanjye, oya, sinkimenya Icyo nzi cyo gusa, waranjyanye II.
Umutima warawibye urawujyana Nanjye ubwanjye, oya, sinkimenya Icyo nzi cyo gusa, waranjyanye KANDA HANO USHOBORE KUMVA
2
0.84
kin_train_00539
kin
Ni indwara nshya idasanzwe ku buryo idafite umuti cyangwa urukingo, cyakora Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima ryatangaje ko hari gukorwa ubushakashatsi.
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryemeje ku wa 11 Werurwe 2020 ko Coronavirus ari icyorezo cyugarije Isi bitewe n’ubwiyongere bw’abayandura.
2
0.59
kin_train_00540
kin
Umwe mu nshuti ze za hafi avuga ko Vanessa yagerageje ibishoboka byose ngo asubirane n’umukunzi we Kabalu ariko bikanga bikaba iby’ubusa, bikamuviramo agahinda gakabije (depression).
Hari umugabo umwe wahoraga abwira umugabo we ko atamwubaha umugore agakora ibishoboka byose ariko umugabo agahora avuga atyo.
2
0.41
kin_train_00541
kin
Huawei yamaze kugeza ikirego cyayo mu rukiko rw'i California muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse n'urwo mu mujyi wa Shenzhen mu Bushinwa.
Mu buzima bwe, Perezida Kagame yabaye imyaka myinshi mu bihugu birimo Uganda ndetse na Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho bakoreshaga icyongereza mu kigwi cy'Ikinyarwanda.
2
0.31
kin_train_00542
kin
Kugira ngo umuntu rera abashe kuba yakora ubukwe agamije kurushunga rugakomera, hari ibibazo aba agomba kubanza kwibaza mbere yo kubyishoramo dore ko ari n'imishinga itoroshye.
“ Hari ubumenyi n’ibyangombwa birimo umunzani umucuruzi wa gaz agomba kuba agaragaza mbere yo kuyicuruza, kugira ngo bikumire impanuka ku bantu bose bazayigura”.
2
0.34
kin_train_00543
kin
Iyo mibiri yabonetse mu byobo bitandukanye biri iruhande rw’inyubako z’ikibuga cy’indege cya Rubavu na Stade umuganda.
Ahari gukurwa iyi mibiri ni iruhande rw’inzu yari icumbitsemo abashinzwe kurinda ikibuga cy’indege cya Gisenyi, hakaba hafi ya Stade Umuganda.
2
0.78
kin_train_00544
kin
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba yashimiye umumotari watanze amakuru, aboneraho gushimira abamotari uruhare bakomeje kugaragaza mu kurwanya ibyaha.
Ati “Turashimira abaturage muri rusange ariko by’umwihariko abamotari bo muri iyi Ntara ku bufatanye bakomeje kugaragaza mu kurwanya ibyaha.
2
0.62
kin_train_00545
kin
Gusa iri rushanwa rizitabirwa n'amakipe 2 gusa u Rwanda na Etiyopiya(Ethiopie) .
Iri rushanwa riratangira kuri uyu wa gatandatu aho aya makipe 2 u Rwanda na Etiyopiya(Ethiopie) bazishakamo itsinda ikazerekeza mu marushanwa nyafurika Afrobasket U-
2
0.72
kin_train_00546
kin
Nyuma yo kugera muri Kenya, Muhirwa Freddy, Visi Perezida wa Rayon Sports yasobanuriye abanyamakuru ko abakinnyi biteguye neza ndetse ko bafite umwuka wo gutsinda umukino.
Muri 2018, nibwo Rayon Sports iheruka kwitwara neza ndetse ikora amateka yo kugera muri ¼ cya CAF Confederation Cup.
2
0.38
kin_train_00547
kin
Iki kigo nderabuzima gishya kandi gifite ibibazo by’abakozi kuko ku bakozi 15 bagomba kuba bahari bafite icyenda gusa.
Ibyo nabyo ngo bikagira ku itangwa rya serivise, kuko Iki kigo nderabuzima gifite abaforomo umunani mu bakozi 30 gifite.
2
0.5
kin_train_00548
kin
Mu mezi atandatu ya mbere ya 2016 hoherejwe amabuye angana na toni ibihumbi 13 zivuye kuri toni ibihumbi 79 mu gihe nk'iki cya
Muri Mutarama kugeza Kamena hoherejwe toni ibihumbi 03, mu gihe nk'iki cya 2016 hoherezwa toni igihumbi
2
0.5
kin_train_00549
kin
Museruka Joseph, uyobora Koperative "Umwarimu SACCO" avuga ko bamaze gutanga inguzanyo ku barimu ibihumbi
Museruka Joseph, uyobora Koperative "Umwarimu SACCO" avuga ko koperative ayobora yahaye inguzanyo abarimu ibihumbi 44 ku barimu ibihumbi 60 b'abanyamuryango.
2
0.81
kin_train_00550
kin
Kwinjira muri iki gitaramo ni 5 000 Frw ahasanzwe n’ibihumbi 15 000 mu myanya y’icyubahiro ariko bikaba 20 000Frw ku bazagura amatike ku munsi w’igitaramo.
Kwinjira bizaba ari 000 FRW mu myanya y’icyubahiro na 5 000 FRW ahasigaye hose.
2
0.41
kin_train_00551
kin
Ihuriro ry’Ibigo bikora mu bijyanye n’Ikoranabuhanga rya Telefoni, GSMA, ryatangaje ko 5G ifite umuvuduko uhambaye ushobora gukuba inshuro 10 internet ya 4G LTE.
Umuyoboro wa 5G uhanzwe amaso n’Isi kuko uzafasha cyane mu gukoresha internet inyaruka bidasanzwe Internet ya 5G izaba ifite ubushobozi bwikubye inshuro 10 iya 4G
2
0.81
kin_train_00552
kin
Hari inyigo kandi yo kubaka urugomero rwa Rusizi III u Rwanda ruhuriyeho na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Burundi, rukazatanga MW
James Kabarebe yagarutse ku buryo u Rwanda rwigeze kuyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bigatuma agirwa Umugaba mukuru w’ingabo z’ibyo bihugu byombi, ibintu bidakunze kubaho.
2
0.34
kin_train_00553
kin
Wari uzi ko impumuro mbi mu bice bitandukanye by’umubiri ishobora kukwereka uburwayi waba ufite ?
Impumuro mbi mu bice bitandukanye by’umubiri ugomba kwitondera no kwihutira kugana kwa muganga
2
0.84
kin_train_00554
kin
U Rwanda rwahise rufata umwanya wa mbere mu itsinda B kuko rwari rwatangiye rutsinda Sudani y’Epfo ibitego 3-0 mu mukino wabaye ku Cyumweru.
Undi mukino wo mu itsinda B wabaye kuri uyu wa 21 Kanama 2019, warangiye Tanzania inyagiye Sudani y’Epfo ibitego 6-
2
0.44
kin_train_00555
kin
Rugamba ahinga Watermelon zifite ubunini bwihariye… hari n’ipima 15 KG - AMAFOTO Rugamba Audace ni umusore ukiri muto ukora umwuga w’ubuhinzi bwa Watermelon.
Watermelon Rugamba yeza zifite ubunini bwihariye
2
0.88