PairID
stringlengths
14
21
Language
stringclasses
9 values
Sentence1
stringlengths
2
790
Sentence2
stringlengths
6
1.37k
Length
int64
2
2
Score
float64
0
1
kin_train_00656
kin
Hari kandi moteri enye nini (4 generators of 2,000 KVA) zitanga umuriro mu gihe usanzwe ubuze, hari n’ibigega bibika amazi agera kuri metero cube
Babonye ko kandi tumwe mu duce tugize iyi virus dutaruka tukagera muri metero enye mu gihe hari utundi tuguma muri metero
2
0.22
kin_train_00657
kin
Ni ikintu umuntu agomba gukora atari uko bimujemo ahubwo agomba kubikora kuko aribyo Imana imushakaho.
Yari afite ubushobozi bwo kubikora kuko Imana iteganya imbaraga n’ ubushobozi kubo iha itegeko gukora ikintu runaka.
2
0.72
kin_train_00658
kin
Mazarati Jean Baptiste, yasabye abakora mu rwego rw’ubuvuzi kwitabira amahugurwa ahoraho ya CPD kugira ngo babashe kongera ubumenyi baba barakuye ku ntebe y’ishuri.
Mazarati Jean Baptiste, yasabye abakora mu rwego rw’ubuvuzi kwitabira amahugurwa ahoraho [email protected]
2
0.72
kin_train_00659
kin
Ibi bikoresho ngo bifite agaciro k'amafaranga y'u Rwanda arenga miliyoni imwe.
Mufti w’u Rwanda, Salim Hitimana, yavuze ko kuri uyu munsi mukuru w’igitambo inka n’ihene bizatangwaho igitambo bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda arenga miliyoni
2
0.31
kin_train_00660
kin
Abakekwaho kumuhohotera kugeza ashizemo umwuka ni abagabo 4 bose bakaba bafungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Gatunda.
Aba basore 2 bombi bemera icyaha bakanagisabira imbabazi bavuga ko batazongera gukoresha urumogi kugeza ubu bakaba bafungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Kamembe.
2
0.39
kin_train_00661
kin
Ubukungu bw’u Rwanda uyu mwaka biteganyije ko buzazamuka kuri 2% buvuye kuri 1 % umwaka ushize.
IMF igaragaza ko ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka kuri 8 % mu mwaka wa 2019 na 8% muri
2
0.5
kin_train_00662
kin
Mu bizamini bisoza amashuri abanza abakobwa batsinze ku kigero cya 55,1% naho abahungu batsinda ku kigero cya 44,9%.
Mu bizamini bisoza icyiciro cya mbere cy'amashuri yisumbuye(tronc commun) abakobwa batsinze ku kigero cya 52,10% naho abahungu batsinda ku kigero cya 47,8% ku ijana.
2
0.44
kin_train_00663
kin
U Rwanda na Uganda nibyo byafashe iya mbere bica iyo myenda, hakurikiraho Kenya na Tanzania n’u Burundi butarabyumva neza.
Kenya yahise ibona tike y'igikombe cy'Isi ihita inafata umwanya wa kabiri nyuma ya Misiri yabaye iya mbere naho u rwanda ruba urwa gatatu.
2
0.28
kin_train_00664
kin
Umukino ubanza wabereye i Kampaka, warangiye ikipe yo muri Uganda itsinze ibitego 3-0 mu gihe uwo kwishyura uteganyijwe kuri uyu wa Gatandatu.
Umukino APR FC yatsinzemo Mukura warangiye ari ibitego 2 kuri 1, mu gihe umukino ubanza Mukura yari yatsinze APR FC ibitego 2 ku busa .
2
0.34
kin_train_00665
kin
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Gatabazi Jean Marie Vianney, asanga abanymuryango b’iyi Koperative batakabaye bataka ubukene nyamara hari uburyo bashobora gukora imishinga ibabyarira inyungu.
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Gatabazi Jean Marry Vianney, yabwiye abaturage ati “Tugomba kuboneza urubyaro dushaka ubuzima bwiza, ariko ntibigomba guhera mu magambo, bigomba gushyirwa mu bikorwa.”
2
0.34
kin_train_00666
kin
Cyabaye kuri iki cyumweru tariki ya 24 Nzeli 2017 i Remera ku Rusengero rwa Healing Center guhera i saa kumi n`imwe.
Iki gitaramo kizaba ku Cyumweru tariki ya 24 Ugushyingo 2013, muri Serena Hotel, aho kizatangira i saa kumi n'imwe z'umugoroba, gisozwe saa mbiri z'umugoroba.
2
0.25
kin_train_00667
kin
Nyuma yo gusezerana, abageni bazaba mu Mujyi wa Kigali igihe gito hanyuma basubire muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari naho bazajya kuba.
Adrien ubusanzwe atuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mujyi wa Texas.
2
0.69
kin_train_00668
kin
Muri Nyakanga nibwo Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwatanze ikirego muri Ferwafa, burega APR FC ko yasinyishije Nsanzimfura Keddy akiyifitiye amasezerano y’imyaka isaga itatu.
Hanzuwe ko Nsanzimfura Keddy ari umukinnyi wa APR FC kuko yamusinyishije amasezerano yemewe mu gihe aya Kiyovu Sports yo atemewe.
2
0.5
kin_train_00669
kin
Avuga ku buryo biteguye Sunrise FC, Robertinho yavuze ko utazaba ari umukino woroshye kuko Sunrise FC ifite abakinnyi bafite imbaraga n’ubunararibonye.
Ati " Sunrise ifite abakinnyi bafite imbaraga n’ibigango kandi bafite ubunararibonye.
2
0.5
kin_train_00670
kin
Agira ati “Bosenibamwe yafashwe akimara gutwika ubwiherero bwagombaga gukongeza igikoni n’inzu nini ya Pfabakuze.
Gusa ubwiherero bwagombaga gukongeza igikoni n’inzu nini.
2
0.38
kin_train_00671
kin
Kuri iyi nshuro hategerejwe kureba ubunyangamugayo n'ubushishozi buzakoreshwa nk'uko umuyobozi wa FERWAFA Nzamwita Vincent De Gaulle aherutse kubitangariza abanyarwanda.
NZAMWITA Vincent de Gaule: Umuyobozi wa FERWAFA DeGaule wiyamazanyaga nabandi Kandida bazwi nka NTAGUNGIRA Celestin Abega, Jean MBANDA n’abandi.
2
0.59
kin_train_00672
kin
Amoni Nsanzira n'abana be Foto:Rwaka Gaston
Ikindi gituma ihenda kandi ni diamant nini ifite ibara rijya gusa n'iroza (pink) iri munsi y'ikirango cya Apple. [email protected]
2
0.25
kin_train_00673
kin
( Mu mafoto) Pastor Sebagabo Leonard yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa ADEPR mu Rwanda.
Pastor Sebagabo Leonard niwe watorewe kuba Umunyamabanga Mukuru wa ADEPR, atsindira ku majwi 57 kuri 62 y'abari bagize Inteko Rusange ya ADEPR ubwo yatoraga.
2
0.66
kin_train_00674
kin
Kuri ubu abarwayi bose bari kuvurirwa ahabugenewe, hanashakishwa abantu bose bahuye na bo kugira ngo na bo basuzumwe ndetse bitabweho n’inzego z’ubuzima.
Minisante ivuga ko “Aba bagaragaweho Coronavirus bose bahise bashyirwa mu kato kandi hakomeje gushakishwa abantu bose bahuye nabo kugira ngo basuzumwe ndetse bitabweho n’inzego z’ubuzima.
2
0.5
kin_train_00675
kin
Padiri Nahimana , Claire Nadine Kasinge na Venant Nkurunziza
Uko amacumbi yubakwa i Batsinda azaba ateye namara kuzura [email protected]
2
0.12
kin_train_00676
kin
Ku nshuro ya kabiri Iwacu Muzika Festival igiye kongera kuba, ariko izaba mu buryo butandukanye n’ubwa mbere.
Iwacu Muzika Festival ni ubwa kabiri igiye kuba, cyane ko mu mwaka wa 2019 yazengurutse mu ntara zose z’igihugu abahanzi batandukanye bashimisha abakunzi babo.
2
0.75
kin_train_00677
kin
Inshuti zawe ,umuryango ndetse n’akazi bisigaye bikurutira umukunzi wawe cyangwa uwo mwashakanye.
Ntukibona ikintu cyiza uvuga kuwo mwashakanye cyangwa umukunzi wawe mukundana ukibwira inshuti zawe , ahubwo usanga witotomba ndetse umuvuga nabi.
2
0.66
kin_train_00678
kin
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'umurenge wa Muhoza, Manzi Jean Pierre nawe avuga ko icyishe Ndamiye kitaramenyekana.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w'Umurenge wa Remera, Kalisa Jean Sauveur, avuga ko iki gihembo bagikesha abaturage bakorana n'ubuyobozi, ndetse n'irondo rikoranywe umwuga.
2
0.25
kin_train_00679
kin
Bakundaga kuvuga ngo “Muradukwera inka Ijana rikinze, cyangwa jana ryumanye” bakongera bati “Ni umunani ukinze cyangwa se umunani wumanye”.
Ijana rikinze cyangwa umunani ukinze ni “Inka umunani cyangwa ijana ziri kumwe n’izazo” Naho “Umunani cyangwa ijana ryumanye ni inka z’amashashahi ziteguye kwima.”
2
0.66
kin_train_00680
kin
Nsanzabera Jean de Dieu amaze gushyira ahagaragara igitabo gikusanya amateka y'u Rwanda kuva muri 300 kugeza mu
Nsanzabera Jean de Dieu amurika igitabo yanditse "Imizi y'u Rwanda"
2
0.75
kin_train_00681
kin
Nk’ubu umukire uri mu cyiciro cy’abo cyangwa unabarenze aramutse aguze imodoka ya miliyoni magana atanu z’amafaranga y’u Rwanda bishobobora kutagira icyo bihungabanya ku bukungu bwe.
Ni imodoka zibereye ijisho kandi zigurika kuko kuva ku mafaranga miliyoni zirindwi n’igice z’amafaranga y’u Rwanda umuntu yayigondera.
2
0.41
kin_train_00682
kin
Usengimana Faustin wa APR Fc na Manzi Thierry wa Rayon SPorts, abasore bakuranye Ndayishimiye Eric Bakame usanzwe ufatira Rayon Sports
Ndayishimiye Eric ‘Bakame’ yaherukaga gutangariza Funclub ko asaba Imana ko Rayon Sports yamwishyura amafaranga yatsindiye mu manza zabaye.
2
0.31
kin_train_00683
kin
Abana bitabiriye ari benshi umuhango wo kwibuka bagenzi babo bishwe muri Jenoside.
Umuhango wo kwibuka abana bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu karere ka Rutsiro waranzwe ahanini n'impanuro zitandukanye zatanzwe n'abana ubwabo baziha bagenzi babo.
2
0.59
kin_train_00684
kin
Hazakinwa gusiganwa n’igihe harebwe ibihe byakoreshejwe ariko umukinnyi ku giti ke “Individual Time Trial” ahazakina abakinnyi batandukanye mu byiciro byose.
Abanyarwanda bazongera gusiganwa kuri uyu wa Kane tariki 22 Ugushyingo 2018 aho buri mukinnyi azasiganwa n’igihe ku giti cye ’Individual Time Trial’.
2
0.53
kin_train_00685
kin
Muri make ibi bivuze kwemera umugabo uko ari ntushake kumuhindura kandi ukareba uruhande rwe rwiza ukaba arirwo witaho kurusha kwita cyane ku ruhande rwe rubi.
Umuntu wese akenera kumva ko nawe afite uruhande rwiza ndetse bikaba akarusho iyo urwo ruhande arirwo urebyeho kurusha urubi.
2
0.44
kin_train_00686
kin
Umuhoza w’imyaka 21 y’amavuko ni umwe mu banyamahirwe bamaze gutsindira amafaranga binyuze muri gahunda ya Tigo Rwanda yiswe ‘Imvura y’amafaranga’.
Iyi gahunda yiswe ‘Imvura y’amafaranga’ izamara iminsi 90, abafatabuguzi b’umurongo w’itumanaho wa Tigo bakazaba bafite amahirwe yo gukina bagatsindira amafaranga agera kuri miliyoni 20 Frw.
2
0.47
kin_train_00687
kin
Yaguzwe Miliyoni 10 z’amafaranga y’u Rwanda agomba kugabana n’ikipe ya Gasogi United yari amazemo umwaka umwe.
Ni umushinga amazemo imyaka ine, yashoyemo asaga miliyoni zirindwi z’amafaranga y’u Rwanda mu kugemeka ibi biti, kubishakira imiti no kubyitaho neza ngo bikure.
2
0.25
kin_train_00688
kin
Yabasabye kandi ko gutanga imbaraga zabo zose mu kuzuza inshingano zabo mu rwego rwo guteza imbere u Rwanda no guhindura u rwego ruriho.
Kuva mu myaka ishize kandi u Rwanda rwashyize imbaraga nyinshi mu guteza imbere urwego rwa serivisi no kongera amahirwe mu ishoramari hagamijwe izamuka rirambye ry’ubukungu.
2
0.34
kin_train_00689
kin
Musenyeri Rukamba yasabye abakirisitu gukundana no guharanira ijuru aho kwiringira iby'Isi
Josias Semujanga Bamwe mu bitabiriye imurika ry'igitabo
2
0.25
kin_train_00690
kin
Yanga SC yari imaze igihe yifuza uyu mukinnyi niyo yumvikanye na we ku masezerano y’imyaka ibiri ndetse Rutanga yamenyesheje Police FC ko yamureka akayerekezamo.
Rutanga Eric yerekeje muri Yanga SC yari imaze igihe kitari gito imwifuza Rutanga yari amaze ibyumweru bitatu asinyiye Police FC
2
0.72
kin_train_00691
kin
Abana bato nibo bafite ibyago byinshi byo kwandura izi nzoka zo munda, bitewe nuko bakinira ahantu hashobora kuba hari itaka ririmo amagi yizo nzoka.
Abantu bakuru nabo bafite ibyago byinshi byo kwandura izo nzoka bitewe nuko ubwirinzi bwabo bw’umubiri bugenda bugabanuka uko bakura.
2
0.69
kin_train_00692
kin
Mu by’ukuri icunga rituma umubiri ugira ubudahangarwa, rituma amaraso atembera neza mu mubiri atibumba, kandi ku bagira ikibazo cyo kwituma impatwe (constipation), wakwifashisha icunga rikabyoroshya.
Ituma amaraso atembera neza mu mubiri, igabanya ibinure mu mubiri kandi ifasha mu guta ibiro ku bashaka kurwanya umubyibuho ukabije.
2
0.38
kin_train_00693
kin
Depite Mureshyankwano yasabye abana b'iki gihe guharanira kuba intwari.
Depite Mureshyankwano asanga abantu bakuru barahaye urugero rubi abana, asaba abana b'iki gihe kutarukurikiza, ahubwo abashishikariza guharanira kuba intwari.
2
0.81
kin_train_00694
kin
Wari uzi ko hari imiti n’inyunganiramirire by’umwimerere bivura iyi ndwara ndetse bigatuma ubwonko bukora neza ?
Wari uzi ko hari imiti ndetse n’inyunganiramirire zikoze mu bimera zagufasha ku burwayi bw’umwijima ?
2
0.66
kin_train_00695
kin
Urutonde rw’ agateganyo ruyobowe na Rayon Sports ifite amanota 26, iri kugitutu cya mukeba wayo APR FC ifite amanota
APR FC niyo yakinnye ifite morale nyinshi kuko tariki 25 Gashyantare 2018 yari yatsinze mukeba Rayon Sports 1-0 mu mukino wa 11 wa Shampiyona.
2
0.31
kin_train_00696
kin
Umukino Rayon Sports yagombaga gukina na Kirehe ufungura shampiyona warasubitswe nyuma y'uko Rayon Sports igiye I Kirehe bagasanga nta basifuzi bahari ihitamo kwigarukira.
Aba bagabo bombi bari bahagaritswe imyaka ibiri Rayon Sports ikaba igomba gukina umukino w'umunsi wa 26 wa shampiyona nta mufana n'umwe uri mu kibuga.
2
0.41
kin_train_00697
kin
Perezida wa FC Barcelone yeguye Perezida w’Ikipe ya FC Barcelone, Josep Maria Bartomeu, yeguye nyuma yo gushyirwaho igitutu n’abafana kubera gushwana na Lionel Messi.
Perezida wa FC Barcelone, Josep Maria Bartomeu, yeguye kui uyu wa Kabiri Bartomeu yeguye mbere y'uko abafana ba FC Barcelone batorera kumutera icyizere
2
0.88
kin_train_00698
kin
Abo barwayi bashya 12 babonetse mu bipimo 1,283 bakaba barimo 9 babonetse muri Kigali, naho abandi 3 babonetse muri Kirehe.
Minisiteri y’Ubuzima yasobanuye ko abo barwayi bashya cumi na babiri barimo icyenda babonetse muri Kigali (abahuye n’abanduye), abandi batatu babonetse i Rubavu.
2
0.56
kin_train_00699
kin
Intego zayo zarimo gutanga serivisi zijyanye no kurinda ibidukikije, guhanga imirimo, guteza imbere ubukungu n’iterambere, gutunda imyanda y’ibisukika n’indi myanda inyuranye.
Muri Gahunda z'icyerekezo 2020, u Rwanda rugomba kuba rumaze kugera ku gutanga serivisi nziza, guhanga umurimo no guteza imbere imyubakire y'imijyi minini n'iciriritse.
2
0.34
kin_train_00700
kin
Iri shyaka risanzwe rihagarariwe mu nteko ishinga amategeko icyuye igihe, riri kwitegura amatora y’abadepite ateganyijwe ku wa 2 na 3 Nzeri
Amatora y’Abadepite ateganyijwe kuwa 2 Nzeri ku Banyarwanda baba mu mahanga no kuwa 3 Nzeri ku baba imbere mu gihugu.
2
0.5
kin_train_00701
kin
Ghana ikaba ikomeje kuyobora itsinda H n'amanota 10, izigamye ibitego 9 mu gihe u Rwanda rufite amanota 6 runganya n'Ibirwa bya Maurice.
U Rwanda ruzakina na Ghana kuwa Gatandatu, umukino wo mu itsinda H ry'amajonjora y'igikombe cy'Afurika kizabera muri Gabon mu
2
0.38
kin_train_00702
kin
Urusengero rwa Bishop Rugagi ni rumwe mu nsengero zisaga 700 ziherutse gufungwa mu mujyi wa Kigali zizira kuba zitujuje ibisabwa bishobora gutuma zanahungabanya umutekano w’abazisengeramo.
Hirya no hino mu gihugu, insengero zimaze gufungwa zizira kuba zitujuje ibisabwa zirabarirwa mu bihumbi.
2
0.59
kin_train_00703
kin
Aba baturage bagejejweho amazi meza bavuga ko bakoraga ibirometero bajya kuvoma Uwo muyoboro w’amazi meza watashywe,watwaye miliyoni 6,513,400RWf.
Umuyobozi w’Akarere ka Nyamasheke, Kamali Aime Fabien arahamagarira abo baturage kubungabunga uwo muyoboro w’amazi meza kugira ngo utazangirika bakongera kujya kuvoma ibiziba.
2
0.62
kin_train_00704
kin
Abanyarwanda bibumbiye mu Bicumbi bikuru by’imiryango, imiryango migari ndetse n’inzu z’imiryango.
Ibicumbi bikuru by’imiryango, nibyo byabyaye imiryango migari, naho imiryango migari ibyara inzu z’imiryango.
2
0.84
kin_train_00705
kin
Dr.Uwamahoro Yvonne wahagarariye u Rwanda bwa mbere muri Miss Supranational “Mu myaka yashize hari abakobwa batazambaraga, byose bituruka ku cyemezo umukobwa afata.
Mu 2015 yahagarariye u Rwanda muri Miss Supranational aza kuza mu bakobwa 10 ba mbere ndetse aba na Miss Supnarational Africa muri uwo mwaka.
2
0.56
kin_train_00706
kin
’Hearts at Worship’ cyangwa se Imitima mu Kuramya ni igitaramo yari yafashe nko kugaruka kweruye kwe mu buhanzi mu buhanzi ku giti cye.
Ni igitaramo yari yafashe nko kugaruka kweruye kwe mu buhanzi mu buhanzi ku giti cye.
2
0.5
kin_train_00707
kin
Turasaba abaturage bacu kubakira neza babaha ikaze kandi buri wese akabisangamo anabafasha mu buryo ashoboye".
Yagize ati "Nta muntu waje muri iri rushanwa watsinzwe buri wese yarakoze kandi yakoze neza umusaruro awubonera mu buryo Abanyarwanda banezezwa n'ibyo akora.
2
0.31
kin_train_00708
kin
Muri rusange kugeza kuri uyu wa Gatanu, abamaze kwandura icyo cyorezo mu Rwanda ni 3,742 muri bo abamaze gukira ni 1,866 naho abakivurwa ni 1,
Muri rusange kugeza kuri uyu wa Mbere abamaze gukira bose hamwe ni 1,392 naho abakivurwa ni
2
0.34
kin_train_00709
kin
Tesla yashyize ingufu nyinshi mu gukora imodoka zikoresha amashanyarazi, mu rwego rwo guhangana ku isoko ry’imodoka zisanzwe zikoresha ibikomoka kuri peteroli.
Mu myaka ya 2015 na 2016, Tesla yabaye Sosiyete ya kabiri ku isi yose mu gukora no kugurisha imodoka zikoresha ingufu z’amashanyarazi.
2
0.75
kin_train_00710
kin
Umurwayi wayo wa mbere yagaragaye mu Rwanda ku wa 13 Werurwe 2020, itahuwe ku Muhinde ukorera rimwe mu mashami y’Umuryango w’Abibumbye.
Kuva umurwayi wa mbere wa Coronavirus atahuwe mu Rwanda ku wa 14 Werurwe 2020, mu gihugu hamaze kuboneka abantu 82 banduye Coronavirus.
2
0.75
kin_train_00711
kin
Nyuma y'icyumweru kirengaho iminsi mike agarutse mu Rwanda, ndetse agahita asubukura ibikorwa by'umuziki aho yanamaze gushyira ahagaragara indirimbo ye yise ‘Kirazira', mu (...)
Kugeza ubu nyuma y'aho agarukiye mu muziki, yamaze gushyira ahagaragara indirimbo yise ‘Kirazira' yakozwe na producer Davydenko.
2
0.75
kin_train_00712
kin
Ntabwo hagaragajwe impamvu y’uko kugabanyuka ko gukora imibonano mpuzabitsina mu bashakanye ariko no mu bindi bihugu nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika byaragabanyutse.
Coronavirus nta muti n’urukingo irabonerwa, ariko abaganga bo mu Bushinwa barakataje bashaka umuti ndetse n’abo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangiye kugerageza urukingo rwayo.
2
0.25
kin_train_00713
kin
Imaze gushyira hanze indirimbo zirenga 30, zirimo n’izasohotse kuri album yitwa ‘Usiogope’, yariho indirimbo umunani.
Ubu bamaze gushyira hanze indirimbo zirimo ‘Mpa Amavuta’ bahereyeho imaze no kurebwa n’abasaga miliyoni ku rubuga rwa Youtube, “Nkoresha”, “Ububyutse” na “Narakijijwe”.
2
0.34
kin_train_00714
kin
Gutemberana Gufata urugendo rurerure, ugatemberana n’umukunzi wawe ni byiza kuko bigufasha kumenyana byimbitse ndetse no kumenya uko yitwara igihe ahuye n’ikintu runaka kimugoye.
Kuganira n’inzobere mu mibanire y’imiryango Ni byiza gufata igihe mukaganira n’inararibonye mu bijyanye n’imiryango kuko hari byinshi muba mukeneye kumenya mutaratangira umuryango wanyu.
2
0.41
kin_train_00715
kin
Ati “Uyu mushinga uzaba ugizwe n’inzu ziteye ku buryo butandukanye, hari izizajya ziba zifite ibyumba bibiri, bitatu ndetse na bine.
Muri izo nzu harimo izizaba zifite ibyumba bibiri, bitatu na bine.
2
0.59
kin_train_00716
kin
BRD na Palmeraie Development Group bashyize umukono ku masezerano yo kubaka inzu 5,000 i Ndera
Ibicirizwa by'abakiri bayo irabibungabunga Bimwe mu bikoresho Romeobuy ibonera abakiriya bayo
2
0.31
kin_train_00717
kin
Uyu mukobwa w’imyaka 29 ni umwe mu banyamideli bakomeye bakomoka mu Rwanda bakorera aka kazi hanze y’u Rwanda.
Gakunzi ni umwe mu bahanzi bagezweho mu bakorera umuziki hanze y’u Rwanda.
2
0.34
kin_train_00718
kin
Murara Jean Damascène we yavuze ku wa 28 Kanama 1968 akaba afite impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya Kaminuza mu bumenyi bwa Politiki.
Yize mu yahoze ari Kaminuza y’u Rwanda kuva mu 1983 kugera mu 1988 aho yakuye Impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya Kaminuza mu bumenyi bw’imibare.
2
0.32
kin_train_00719
kin
Icyo gihe uyu mubyeyi wacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994, yari yizejwe ko inzu ye izuzura mu gihe cy'ukwezi kumwe gusa.
Mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nibura Abanyarwanda barenga 95% bari barabatijwe.
2
0.39
kin_train_00720
kin
Abana bavutse bafatanye baratanga icyizere ko bazatandukanywa Nyuma y’amezi atatu Anastasie Kanakuze abyaye abana babiri bafatanye, hari icyizere ko abaganga bazabatandukanya bagakomeza bakabaho.
Ni uku aba bana bameze nyuma y’amezi atatu bavutse bafatanye
2
0.56
kin_train_00721
kin
Suge J Knight yavuze ko ari gukorana indirimbo nshya na Tupac muri studio ndetse atapfuye uri Nzeri 1996 nkuko byavuzwe.
Suge J Knight yatangaje ko abantu bakwiriye kwirinda ibihuha akorwa n’abanyamuryango ba Illuminati bafite imbaraga zidasanzwe ndetse basigaye bahimba imfu z’ibyamamare birimo n’uyu Tupac Shakur.
2
0.81
kin_train_00722
kin
Twashakanye dukundana tutanafite amafaranga menshi ariko buri umwe afite akazi akora.
Hari abandi benshi ariko bakundira umusore kubera ubutunzi afite cyangwa amafaranga menshi ahembwa buri kwezi.
2
0.47
kin_train_00723
kin
ariko Cyusa akomeza guhatiriza amubwira ati:"none se ko na Micheal wimariyemo birangiye akwanze urambwira ko uri kumpora iki?"
akomeza amubwira ati:"none se Cyusa wambabariye ukaza tukajyana ahantu nimugoroba!"
2
0.44
kin_train_00724
kin
Umuryango mpuzamahanga w’abanyamerika ugamije iterambere ku bufatanye n’abaterankunga banyuranye wamaze guhugura urubyiruko rw’abakobwa 30 bazakurikirana iki gikorwa bakanafasha abahinzi kwinjira muri iri koranbuhanaga.
Urubyiruko rw’abakobwa bagera kuri 30 bose bahuguwe n’umuryango mpuzamahanga w’abanyamerika ugamije iterambere (USAID) ku bufatanye n’abaterankunga banyuranye.
2
0.41
kin_train_00725
kin
Bashyira indabo ku Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Nyakarambi.
Abakozi ba COGEBANKI bashyira indabo ku mva z'abazize Jenoside yakorewe Abatutsi ku rwibutso rwo ku Gisozi.
2
0.47
kin_train_00726
kin
Aba bamasayi bagenda bacuruza mu mihanda itandukanye ibikoresho bikoze mu mpu birimo inkweto, imikandara, amakofi n'indi mitako itandukanye.
Hashize iminsi mu mujyi wa Kigali hagaragara abantu bo mu bwoko bw'abamasayi baba bazengurukana ibikoresho bikoze mu mpu birimo inkweto, imikandara yo kwambara n'amakofi.
2
0.78
kin_train_00727
kin
Premier League yari yahagaritswe muri Werurwe kubera icyorezo cya Coronavirus, yongeye gusubukurwa kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 17 Kamena 2020, nyuma y’iminsi
Guhera ku wa Mbere tariki ya 8 Kamena nibwo imikino yemewe gusubukura, yatangiye gukinwa nyuma yo guhagarikwa guhera tariki ya 15 Werurwe 2020 kubera Coronavirus.
2
0.5
kin_train_00728
kin
Ku Mugabane wa Afurika wose hamaze kugaragara abantu 32 657 banduye Coronavirus, abamaze gupfa ni abantu 1 427 naho abakize ni 10
Magingo aya ku Isi harabarurwa abantu 841 banduye Coronavirus, mu gihe abamaze gupfa bo ari
2
0.46
kin_train_00729
kin
Liesse, izina ry’umukobwa uhorana ibyishimo Liesse ni izina rihabwa umwana w’umukobwa risobanura ‘Ibyishimo’, rikaba rifite inkomoko mu Butaliyani kuva mu myaka yo hambere.
Ariane, izina ry’umukobwa ukunda gusabana Ariane ni izina bita umwana w’umukobwa rikaba rikomoka mu Kigereki ku jambo Ariadne bisobanura ikintu cyejejwe.
2
0.25
kin_train_00730
kin
Gukora kwihuse k’ubwonko bwibutsa Abashakashatsi bo muri kaminuza ya McGill yo muri Canada basanze gukora imibonano mpuzabitsina ku bagore bituma babasha kwibuka cyane kandi vuba.
Ibi bikaba bituma kwimenyereza gukora imibonano mpuzabitsina kenshi binatuma umugabo agira ubushobozi bwo kubyara abana bakomeye kandi buzuye,
2
0.53
kin_train_00731
kin
Umukinnyi Nshuti Savio Dominique n’ubwo yakinnye ahindurirwa imyanya cyane ariko ari mu bakinnyi ba Rayon Sports basonze Rivers cyane.
Sibomana Patrick yari amahitamo ya mbere ya Rayon Sports nk’umusimbura wa Dominique Nshuti Savio wamaze kwerekeza muri AS Kigali.
2
0.25
kin_train_00732
kin
Rayon Sports ni yo iyoboye shampiyona kugeza ku munsi wa 10 wa shampiyona aho ifite amanota 26 irusha APR FC ya kabiri amanota abiri.
Urutonde rw’ agateganyo ruyobowe na Rayon Sports ifite amanota 26, iri kugitutu cya mukeba wayo APR FC ifite amanota
2
0.59
kin_train_00733
kin
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'ubutegetsi bw'igihugu, Dr Alvera Mukabaramba, yihanganishije ababuze ababo muri Jenoside, maze yizeza ubufasha bwa Leta ku bashegeshwe na Jenoside.
Ibi ni ibyatangajwe na DR Mukabaramba Alvera Umunyamabanga wa Leta ushinzwe imibereho myiza muri Minisiteri y'ubutegetsi bw'igihugu aganira na Kigali Today.
2
0.66
kin_train_00734
kin
Ejo ku wa mbere, Ubutaliyani bwatangaje ko abantu bane bandi yabahitanye, bituma umubare w’abo imaze kwica kugeza ubu muri icyo gihugu ugera kuri barindwi.
Kugeza kuri uyu wa Mbere, Minisiteri y’Ubuzima yari imaze gutangaza ko abamaze kwandura Coronavirus mu Rwanda ari abantu barindwi.
2
0.5
kin_train_00735
kin
Habamahoro Vincent yatandukanye na AFC Leopards mu Ukuboza 2019 nyuma yo kumara amezi ane adahembwa, asubira muri Kiyovu Sports akinira kugeza ubu.
Habamahoro Vincent yasinyiye AFC Leopards muri Nyakanga 2019, atandukana na yo nyuma y'amezi ane Kuri ubu, Habamahoro akinira Kiyovu Sports yasubiyemo muri Mutarama 2020
2
0.62
kin_train_00736
kin
Urugero buri mwaka abanyarwanda 4 781 baba mu bihugu bigize ubwami bw’u Bwongereza bohereza miliyari 7 z’amafaranga y’u Rwanda.
Imibare kandi igaragaza ko umuriro wibwe kuva mu mwaka ushize wari ufite agaciro ka miliyari imwe na miliyoni 900 z’amafaranga y’u Rwanda.
2
0.41
kin_train_00737
kin
Uyu mutoza ukomoka mu gihugu cy'ubufaransa yavuze ko yagiranye ibiganiro by'ibanze n'abayobozi ba Rayon Sports akaba aje ngo barangizanye iby'amasezerano.
Mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda kuri uyu wa Gatanu, Munyakazi yavuze ko Rayon Sports imaze gusinyisha abakinnyi batanu mu gihe ikomeje ibiganiro n’abandi babiri.
2
0.32
kin_train_00738
kin
Ntabwo rero umuntu agomba kuyanywa gusa ari uko agize inyota, ahubwo wakagombye kugira umuco wo kunywa amazi buri munsi.
Gusa nanone, ngo ni ngombwa kunywa amazi meza, kugira ngo umuntu yirinde indwara ziterwa no kunywa amazi mabi.
2
0.53
kin_train_00739
kin
Muri izo ngando zizaba zigamije kongera ubumenyi mu mikino itandukanye ikinwa n’abamugaye, hazakinwa Volleyball, Goalball ikinwa n’abatabona ndetse n’imikino ngororamubiri (athletisme).
Abasanzwe batoza imikino itandukanye y’abamugaye na bo bazaboneraho kongererwa ubumenyi kuko bazahabwa amahugurwa yo gutoza Sitting Volleyball, Goalball n’imikino ngororamubiri.
2
0.56
kin_train_00740
kin
Nyuma y’iminota 10, Ku mupira waturutse ibumoso kwa Ishimwe Kevin, AS Kigali yatsinze igitego cya kabiri cyatsinzwe na Jimmy Mbaraga.
Nyuma y’iminota 2,Amavubi yabonye igitego cya 6 cyatsinzwe na Mukunzi Yannick n’umutwe ku mupira wari uturutse kuri koloneri ya Djihad Bizimana.
2
0.47
kin_train_00741
kin
Ingaruka mbi zo kwambara inkweto ndende igihe kirekire Abagore n’abakobwa benshi bakunda kwambara inkweto ndende, bamwe muri bo bakazambara umwanya munini.
Ibyo wakora ukirinda ingaruka mbi ziterwa no kwambara inkweto ndende Ugomba kujya wambara inkweto zifite talon itarengeje 5cm.
2
0.75
kin_train_00742
kin
Gusa abanyamategeko bavuga ko iri tegeko rishya rihonyora ingingo ya 14 y’itegeko Nshinga ry’u Buhinde, itanga uburenganzira bungana imbere y’amategeko.
Byakomeje kutavugwaho rumwe, bamwe bavuga ko iryo tegeko rishya riciye ukubiri n'itegeko nshinga rya Repubulika y'u Rwanda ryemerera abaturage uburenganzira busesuye mu gusenga.
2
0.47
kin_train_00743
kin
Mu 2009 nibwo Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho politiki nshya yo guteza imbere amakoperative, iteganya ko Abanyarwanda bose bafite umurimo bahuriyeho bashobora kwishyira hamwe.
Ku wa 23 Gashyantare 2020, nibwo Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho itsinda ryihariye rihuriweho na za Minisiteri zitandukanye ziyobowe na Minisiteri y’Ubuzima.
2
0.31
kin_train_00744
kin
Rivuga ko kandi umuganga uwo ari we wese ugiye gutanga serivisi z’ubuvuzi ku ngimbi n’umwangavu ubundi agomba kubanza kubimenyesha abamurera mbere yo kugira icyo amukorera.
Polisi irasaba buri wese ndetse n'amabanki kuba maso no kugenzura amafaranga bahabwa mbere yo gutanga serivisi kugira ngo birinde kubeshywa.
2
0.34
kin_train_00745
kin
Minisitiri w’ Ubuzima Dr Diane Gashumba yabitangarije mu kaganiro Minisiteri y’ Ubuzima yagiranye n’ abanyamakuru kuri uyu wa Gatanu tariki 5 Mata
Ibi yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’ abanyamakuru ku wa Gatanu tariki 30 Kanama
2
0.44
kin_train_00746
kin
Igihe uwo mwashakanye ananiwe cyangwa se afite ibindi ahugiyemo nko kureba televiziyo n’indi mirimo kuri mudasobwa si cyo gihe cyo kumuganiriza.
Icyo gihe ababyeyi cyangwa se abavandimwe bawe bumva barakariye uwo mwashakanye kandi wenda wowe wumva mutatandukana kuko hari ibindi byiza umuziho.
2
0.41
kin_train_00747
kin
Rev Karuranga avuga ko hazakoreshwa uburyo busanzwe bukoreshwa kugira ngo abayoboke ba ADEPR bumve neza ko hari ubuhanuzi bakwiye kwima amatwi.
Umuvugizi wa ADEPR, Rev Karuranga, yavuze ko abayoboke b'itorero bazigishwa ko hari ubuhanuzi bakwiye kwima amatwi [email protected]
2
0.88
kin_train_00748
kin
Juru Ornella w’imyaka 20 y’amavuko ku wa 2 Ukwakira 2020, nibwo yashyize hanze indirimbo yise ‘Pango’ itunganyijwe mu buryo bw’amajwi n’amashusho.
Kuri ubu uyu muhanzi yashyize hanze iyitwa ‘Sound’ itunganyijwe mu buryo bw’amajwi avuga ko amashusho yayo ari hafi.
2
0.22
kin_train_00749
kin
Abakinnyi ba USM Alger bahagaritswe ni Mohamed Benkhamassa ukina hagati mu kibuga wahagaritswe imikino
Mohamed Benyahya, myugariro ubanza mu kibuga muri USM Alger na we ari mu bahagaritswe imikino 2 Mohamed Benkhamassa niwe wahanwe imikino 3
2
0.75
kin_train_00750
kin
Ku bw’izi mpamvu zose rero, mu gihe umubyeyi agize impamvu zituma atonsa umwana, ashobora gukama amashereka akayasigira umuntu yizeye akayaha umwana kandi akabikorana isuku.
Uburyo bwo gukoresha akamashini gakoreshwa n’intoki (Tire-lait manuel): Ubu buryo nabwo bukoreshwa mu gihe umubyeyi adakeneye gukama amashereka menshi, kuko buravuna kandi burarambirana.
2
0.62
kin_train_00751
kin
Umwe mu bayobozi b'Umudugudu utashatse ko izina rye ritangazwa yavuze ko gitifu ari we watanze amabwiriza yo kwaka amafaranga
Umukozi ukora muri Mutuelle de santé muri uwo Murenge utarashatse ko izina rye ritangazwa yavuze ko ikarita igura amafaranga 100 mu guhugu hose.
2
0.47
kin_train_00752
kin
Ubwo hizihizwaga imyaka 40 y’umubano w’ibihugu byombi, u Bushinwa bwari bumaze guha u Rwanda miliyoni 170 z’amadolari.
U Rwanda n’u Bushinwa bifitanye umubano umaze imyaka isaga 46, u Bushinwa bukaba bumaze gutera inkunga ibikorwa n’imishinga itandukanye mu Rwanda.
2
0.47
kin_train_00753
kin
Ku munsi wa mbere w’isiganwa, abakinnyi basiganwe n’igihe harebwa ibihe byakoreshejwe nk’ikipe, bizwi “Team Time Trial”.
Hazakinwa gusiganwa n’igihe harebwe ibihe byakoreshejwe ariko umukinnyi ku giti ke “Individual Time Trial” ahazakina abakinnyi batandukanye mu byiciro byose.
2
0.78
kin_train_00754
kin
Ifite umuvuduko udasanzwe bitewe na processor yifitemo ya Intel Core-2 extreme na RAM y’imbaraga ndetse inakwemerera gukina imikino ku buryo unyurwa.
Yifitemo processor ya Intel Core 2-Quad Processor ndetse na RAM y’imbaraga bifasha uyikoresha kubangukirwa n’ibikorwa bitandukanye yakora yifashishije iyi mudasobwa.
2
0.59
kin_train_00755
kin
Abakobwa bari guhugurwa ku ku kubyaza umusaruro ikoranabuhanga Mayor wa Bugesera Rwagaju Louis
FOTO/Faustin Nkurunziza NB: Mu nkuru zacu zitaha turabagezaho uko abandi bahanzi nabo bitwaye VIDEO: Eliel Sando
2
0.16