PairID
stringlengths
14
21
Language
stringclasses
9 values
Sentence1
stringlengths
2
790
Sentence2
stringlengths
6
1.37k
Length
int64
2
2
Score
float64
0
1
kin_train_00756
kin
Frank Habineza akaba yasabye RMC kujyana mu nkiko RURA kubera ko yinjiye mu nshingano zitari izayo , ifunga BBC.
Kuri twitter Habineza Yagize ati: "RMC igomba kujyana RURA mu rukiko, kubera kurenga ku nshingano zayo ifunga radiyo BBC."
2
0.81
kin_train_00757
kin
Nubwo byagabanyutse, inzobere mu buzima zagiye zigaragaza ko gukora imibonano mpuzabitsina bifite inyungu zirimo kugabanya imihangayiko, gukora neza k’umutima no gusinzira neza.
Abashakashatsi bagaragaza ko gukora imibonano mpuzabitsina bigabanya umunaniro kandi bigatuma umuntu abasha gusinzira neza.
2
0.62
kin_train_00758
kin
Itsinda ry'igihugu rikangurira abantu ibijyanye na serivisi nziza risura MAJ ya Gakenke kugira ngo barebe uko batanga serivisi.
Nyiraneza Sarah ukuriye itsinda ry'igihugu rikangurira abantu ibijyanye na serivisi nziza akora ubukangurambaga mu karere ka Gakenke.
2
0.41
kin_train_00759
kin
Umuyobozi wa Campus pour Christ International mu Rwanda, Pasiteri Rutunda Emmanuel, yavuze ko umunsi wahariwe Kirisitu ugamije gushima Imana.
Umuryango Campus Pour Christ International ufite gahunda yo gushyiraho umunsi uhuza Abanyarwanda bose bagasenga, bakanashima Imana ku byo yabakoreye n’ibyo bagezeho.
2
0.91
kin_train_00760
kin
Muri Kanama 2016, nibwo Kiliziya Gatolika mu Rwanda yafashe icyemezo cyo guhagarika gutanga serivisi zo kuboneza urubyaro hifashishijwe uburyo butari ubwa kamere.
Mu bindi Kiliziya Gatolika yasabye amavuriro yayo harimo kutemerera abakozi bayo kujya gutanga serivisi zo kuboneza urubyaro mu mavuriro ya Leta.
2
0.75
kin_train_00761
kin
Yanditse igitabo ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu cyahoze ari Komini Murambi by’umwihariko iwabo i Kiziguro.
Umwanditsi Charles Habonimana yanditse igitabo kivuga ku rugendo rwe mu kurokoka Jenoside yakorewe Abatutsi
2
0.69
kin_train_00762
kin
Meya Sebutege avuga ko mbere y’ uko mu ngo zo karere ka Huye haterwa umuti wica imibu abantu ibihumbi 40 barwaraga malaria buri mwaka.
Tujya gutera umuti imibare yagaragaza ko buri mwaka abantu ibihumbi 40 barwara malaria.
2
0.53
kin_train_00763
kin
Ibanga ry’Umucengeri wamenaga amaraso ye kugira ngo u Rwanda rwigarurire amahanga.
Ibanga ry’Umutabazi w’Umucengeri wamenaga amaraso ye kugira ngo u Rwanda rwigarurire amahanga ruzengurutse ryamaze imyaka igera kuri 583, ribamo Abacengeri bagera kuri
2
0.72
kin_train_00764
kin
Mu gihe u Bufaransa nta Ambasaderi bugira mu Rwanda, Chargé d’Affaires wabwo i Kigali, Etienne de Souza, ni we ukurikirana ibikorwa bya Ambasade y’igihugu cye.
Mu gihe cyose abo bayobozi b’ingabo muri Ambasade y’u Bufaransa i Kinshasa babaga baje mu Rwanda, ngo bakirwaga neza n’abayobozi b’u Rwanda.
2
0.25
kin_train_00765
kin
Inama y'Abaminisitiri yagejejweho Raporo y'ibyakozwe ku ishyirwa mu bikorwa ry'Intego z'Ikinyagihumbi, amasomo u Rwanda rwigiyemo na Gahunda y'Ishyirwa mu bikorwa ry'Intego z'Iterambere Rirambye, irayemeza.
Inama y'Abaminisitiri yagejejweho raporo ku mishyikirano yabaye hagati ya Guverinoma y'u Rwanda na Sosiyete Hakan Madencilik Ve Elektrik Uretim San.
2
0.34
kin_train_00766
kin
Abaturage bo Mu murenge wa Nkombo baratakamba ngo bahabwe isoko [email protected]
Ikigo kandi gishobora guhitamo kujya kishyura amafaranga abakiliya bahamagaye bakoresheje (reverse billing). [email protected]
2
0.19
kin_train_00767
kin
Niyo mpamvu inama yafashe icyemezo cy'uko umunyamuryango wacu uzajya witaba Imana banki izajya imwishyurira umwenda kugeza kuri miliyoni 25 z'amafaranga y'u Rwanda."
Yakomeje asobanura ko umunyamuryango uzaba ufite umwenda wa miliyoni 30 akitaba Imana, umuryango we uzajya usabwa gusa kwishyura miliyoni eshanu izindi 25 banki ikazishyura.
2
0.56
kin_train_00768
kin
Pastor Nyamutera akomeza avuga ko mubyo Rabagirana yagezeho bigaragara, harimo abantu babwirijwe maze basaba imbabazi ndetse banerekana aho bajugunye imibiri muri Jenoside.
Akomeza kandi avuga ko hari n’izindi gahunda Rabagirana Ministries izatangiza byose bigamije gutuma abantu bahinduka ku mutima ndetse n’imibereho yabo ikaba myiza.
2
0.44
kin_train_00769
kin
Hari abemeye ibyavuzwe n’umubyeyi wa Iradukunda Liliane ndetse baramunenga, bamwuzuzaho ibitutsi, ahinduka impyisi yiyambitse uruhu rw’intama isura ya Nyampinga w’u Rwanda yuzura ikizinga.
Biteganyijwe ko Iradukunda Liliane azatanga ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda ku wa 26 Mutarama
2
0.59
kin_train_00770
kin
NordPass igira abantu inama yo gukoresha imibare y’ibanga nibura itari munsi y’inyuguti cyangwa imibare 12 kandi bakagerageza kuvanga inyuguti nkuru n’into ndetse n’ibimenyetso.
Ikindi abantu bakwiye kwitaho ni ukugerageza guhindira imibare y’ibanga nibura nyuma y’iminsi 90 kandi ntibakoreshe umubare w’ibanga umwe kuri konti zitandukanye.
2
0.34
kin_train_00771
kin
MINEDUC yatangaje ingengabihe y’amashuri Abanza n’Ayisumbuye y’umwaka w’amashuri 2018 Isaac Munyakazi, Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye.
Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Amashuri Abanza n'Ayisumbuye Rwamukwaya Olivier yagaragaje ko Minisiteri yahisemo kugirana ibiganiro nabo kubera ubushobozi bafite mu madini n'amatorero bayoboye.
2
0.47
kin_train_00772
kin
U Rwanda ruri kwagura umubano warwo ukarenga Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi; u Bushinwa bubibonamo amahirwe.”
Karemera yakomeje avuga ko nyuma yo kubona ko Abangilikani bo mu Rwanda badakozwa ibyo gushyingira abatinganyi, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zabafatiye ibihano.
2
0.41
kin_train_00773
kin
Nyuma y’uru rupfu rutunguranye, umurambo wa Gasasira Gaspard wajyanywe mu bitaro byitiriwe umwami Faycal biherereye ku Kacyiru mu mujyi wa Kigali, kugirango ukorerwe isuzuma.
Umurambo wa Nyakwigendera wajyanywe mu Bitaro bya Gihundwe kugira ngo ukorerwe isuzuma.
2
0.34
kin_train_00774
kin
Ibyoherezwa muri Kenya nabyo byaragabanyutse kuko byavuye kuri miliyoni z’amadolari 825 yabonetse mu 2018, zikaba miliyoni 535 mu
Ibyo Uganda yohereza muri Tanzania byavuye kuri miliyoni 91 z’amadolari mu 2018, bigera kuri miliyoni 83 mu
2
0.38
kin_train_00775
kin
Ishuri rya Harwood Union High School riherereye muri Leta ya Vermon muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ryashinzwe mu mwaka wa 1967, ryitirirwa Dr.
Yize ibijyanye n’ubucuruzi mu ishuri rya Thunderbird muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aniga no umu ishuri ry’ubucuruzi rya Solvay mu Bubiligi.
2
0.34
kin_train_00776
kin
Penaliti ya kabiri ya Rayon Sports yatewe na Bukuru Christophe ayitera mu maboko y’ umuzamu wa AS Kigali arayifata.
Penaliti ya gatatu ya AS Kigali yatewe na Ntate Djumaini ayitera hejuru y’ izamu.
2
0.31
kin_train_00777
kin
Gahunda yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye ku nshuro ya gatatu mu bitaro bya Kigeme.
Abakinnyi ba Paris Saint-Germain barimo Kylian Mbappé bifatanyije n’u Rwanda mu Kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi
2
0.19
kin_train_00778
kin
Iyi nama kandi yari yitabiriwe na ba Guvernineri b'Intara zose n'Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali, ndetse n'Umuyobozi Mukuru wa Polisi IGP Emmanuel Gasana .
Umuyobozi mukuru wa Polisi y'Iguhugu, IGP Gasana Emmanuel yashimiye abaturage b'Akarere ka Gastibo uruhare rukomeye bagize mu kubaka izo nyubako.
2
0.41