PairID
stringlengths
14
21
Language
stringclasses
9 values
Sentence1
stringlengths
2
790
Sentence2
stringlengths
6
1.37k
Length
int64
2
2
Score
float64
0
1
kin_train_00556
kin
Kugeza ubu imibiri irenga ibihumbi 11 nibo bashyinguwe mu rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kiziguro mu karere ka Gatsibo.
Muri uyu muhango hashyinguwe mu cyubahiro imibiri umunani y'abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwibutso rwa Kamonyi ruherereye mu Kibuza, rusanzwe rushyinguwemo imibiri isaga ibihumbi
2
0.44
kin_train_00557
kin
Habumuremyi yakomeje kandi asaba abayobozi gukangurira abaturage gutanga mitiweli ,kugira ngo mu gihe cya vuba abagomba kuyitanga babe bayitanze.
Abayobozi twese ndagira ngo twisubire ho dukangurire abaturage kugira ngo Mituelle de Santé rwose mu gihe cya vuba abagomba kuyitanga bose bazabe bayitanze".
2
0.66
kin_train_00558
kin
Ni amasezerano azatuma kandi mu Rwanda haba ikigo cy'icyitegererezo cya Volkswagen kuko biri no muri gahunda y'urwo ruganda yo kwagura ibikorwa byarwo muri Afurika.
Geek Africa, Lucy Mbabazi, yavuze ko hakozwe ibikorwa byo iri rushanwa haba mu Rwanda no mu bihugu 22 biri muri gahunda ya Smart Africa.
2
0.25
kin_train_00559
kin
Aba baturage bavuga ko hari igihe abantu bajyaga mu bitaro ari benshi, bikaba ngombwa ko abarwayi babiri cyangwa batatu baryama ku gitanda kimwe.
Ati "Hari hatoya cyane, ugasanga birabangamye kuko hari igihe ababyeyi baryamaga ku gitanda ari babiri cyangwa banarenga."
2
0.66
kin_train_00560
kin
Ni Guverinoma yagiyeho nyuma y’iminsi mike Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe n’ingabo zari iza FPR Inkotanyi.
Ni urugamba rwamaze imyaka ikabakaba ine kuko rwasojwe tariki 4 Nyakanga 1994 ari na bwo ingabo zari iza FPR Inkotanyi zahagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi.
2
0.66
kin_train_00561
kin
Umukino wo kwishyura hagati ya AS Kigali na KCCA uzabera i Kampala tariki ya 6 Mutarama
Umukino wo kwishyura uteganyijwe mu cyumweru kimwe, uzabera i Kigali kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo.
2
0.47
kin_train_00562
kin
Abacukura amabuye y'agaciro muri Mine ya Gifurwe bibutswa ko iyo mine igomba kubafasha kubona amafaranga bagahanga indi mirimo bityo bagaharira n'abandi nabo bagacukura.
Abacukuzi bahamya ko ibateza imbere Abacukura amabuye y'agaciro muri Mine ya Gifurwe bahamya ko iyo mine imaze kubageza kuri byinshi.
2
0.91
kin_train_00563
kin
Iki gitaramo cyiswe ‘Worship Legacy Season 2’ cyabereye i Rusororo muri Intare Conference Arena, ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, tariki ya 26 Gicurasi
Iki gitaramo cyari gitegerezanyijwe amatsiko n’abihebeye umuziki uhembura ubugingo, ugasubiza intege mu bacogoye mu rugendo rugana i Siyoni cyiswe ‘Worship Legacy Season 2’.
2
0.62
kin_train_00564
kin
Ubu noneho hateganijwe kongera guhuza andi mashami (colleges), mu rwego rwo gukomeza guteza imbere ireme ry'uburezi.
Usta Kayitesi mu kiganiro cyihariye na Makuruki.rw, yavuze ko hateganijwe kongera guhuza andi mashami ya Kaminuza y'u Rwanda mu rwego rwo kuzamura ireme ry'ibyo yigisha.
2
0.81
kin_train_00565
kin
Ibintu bitera impumuro mbi mu gitsina n’uko wabyirinda Kugira impumuro mbi mu gitsina n’ubwo waba wakarabye ni ikibazo yaba kuwo bibaho ndetse no kuwo bashakanye.
Kugira impumuro mbi mu gitsina ubonye uko wabyirinda ndetse n’uko wabyitwaramo igihe waba ufite iki kibazo.
2
0.72
kin_train_00566
kin
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe ubutabera mpuzamahanga muri Minisiteri y’Ubutabera, Umurungi Providence, yavuze ko icuruzwa ry’abantu atari ikibazo cy’u Rwanda gusa ahubwo cyugarije Isi yose.
Mu Kigo cy’u Rwanda gishinzwe Guteza imbere Imiturire (RHA) Bwana BUCYANA Emmy: Umuyobozi w’Ishami rishinzwe ikoranabuhanga n’imicungire y’amakuru.
2
0.36
kin_train_00567
kin
Umutoza Antoine Hey yakoze impinduka mu bakinnyi 11 bahura na Tanzania
Umutoza wa APR FC, Mulisa Jimmy, yari yakoze impinduka mu bakinnyi batandatu muri 11 yakoresheje atsindwa na AS Kigali.
2
0.29
kin_train_00568
kin
Antonio Conte kandi yaranikiye ikipe y'igihugu y'Ubutaliyani akaba ari mu bakinnyi bakinnye igikombe cy'isi muri 1994, aho yarakiniye ikipe y'Ubutaliyani imikino 20 akayitsindira ibitego
Antonio Conte yaje guhesha ikipe y'igihugu y'Ubutaliyani itike yo kujya gukina igikombe cy'Uburayi mu Bufaransa uyu mwaka.
2
0.69
kin_train_00569
kin
Kutazana amavangingo ni ingingo ituma abagabo benshi cyane baca inyuma abagore babo bakajya gushaka abandi bafite ayo mavangingo.
Abagabo na bo bafite abagore badafite uburanga buhebuje na bo ngo babaca inyuma cyane kurenza abafite abagore b’uburanga.
2
0.47
kin_train_00570
kin
Ku rubuga https://therapeutesmagazine.com, bavuga ko kunywa icyayi cy’ibibabi by’amapera byafasha mu kugabanya ingano y’ibinure bibi(cholesterol) mu mubiri, ahubwo kikongera ibinure byiza bikenewe mu mubiri.
Ku rubuga https://www.guavafacts.com, bavuga ko icyayi cy’ibibabi by’amapera gifasha mu kurwanya ibibazo bitandukanye byibasira impyiko.
2
0.78
kin_train_00571
kin
Umwe yagize ati:"Abantu basigaye baza bakakubwira ngo bapime ubadodere ariko akagusaba ko mujya mu bwiherero umupime yambaye ubusa ngo nibwo imyenda imukwira.
Nonese umuntu araza akakubwira ngo umupime yambaye ubusa ngo nibwo imyenda izamukwira. ubwo se ibyo ni ibintu.
2
0.72
kin_train_00572
kin
Yagize ati "Tumaze umwaka turi abakorerabushake barwanya ruswa n'akarengane , twabifashijwemo na Transparency International Rwanda ,twahunguwe kuri amwe mu mategeko y'ibanze.
Umurungi Francine, umukozi wa Transparency Rwanda avuga ko abakorerabushake barwanya ruswa bakorana kandi bafasha abaturage kuburyo bamaze kugira uruhare mu kurwanya ruswa n'akarengane.
2
0.78
kin_train_00573
kin
Ishami ry'umuryango w'abibumbye rishinzwe ibiribwa WFP rigaragaza ko mu buri mwaka hasarurwa Toni zirenga miliyoni 3 z'ibirayi ku Isi yose.
Ishami rya Loni rishinzwe kurwanya SIDA, UNAIDS rigaragaza ko ku isi hari abantu miliyoni 9 babana na virusi itera SIDA.
2
0.12
kin_train_00574
kin
Iyi gahunda igamije korohereza abarimu bigisha mu mashuri yisumbuye yo mu cyaro kubona amazi meza mu buryo bworoshye kandi ku giciro gito.
Avuga kandi ko bafite gahunda yo gukomeza kwagura icyo gikorwa ku buryo bazageza amazi meza ku baturage benshi hagamijwe ko bagira ubuzima bwiza.
2
0.53
kin_train_00575
kin
Ibi biganiro bizasozwa n'ijoro ryo kwibuka ndetse ku wa gatandatu hakazaba kwibuka nyirizina abakozi n'abandi bakoraga mu bitaro bya Kibogora bahitanywe na Jenoside yakorewe Abatutsi.
Abaganga ba Kibogora mu biganiro bijyanye n'icyumweru bahariye kwibuka abaguye muri ibyo bitaro muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
2
0.5
kin_train_00576
kin
Kuva Wenger yagera muri Arsenal mu mwaka wa 1996, ikipe yatwaye ibikombe bya shampiyona bitatu, n'ibya FA Cup bitandatu.
Ikipe ya Young yatwaye ibikombe 5 bya CECAFA Kagame cup ndetse na 24 bya Shampiyona y'iwabo .
2
0.16
kin_train_00577
kin
Abahanga mu by’imikorere y’ubuzima bw’umuntu bakugira inama yo kunywa amazi nibura buri minota 45 kugira ngo umubiri urusheho gukomeza gukora neza.
Gusohora imyanda Kunywa amazi ahagije bifasha buri gice cy’umubiri gukora neza.
2
0.72
kin_train_00578
kin
Iki gitaramo cyabereye muri Kigali Conference and Exhibition Village [ahazwi nka Camp Kigali] ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, tariki ya 10 Ukuboza
Iki gitaramo cyiswe ‘Worship Legacy Season 2’ cyabereye i Rusororo muri Intare Conference Arena, ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, tariki ya 26 Gicurasi
2
0.16
kin_train_00579
kin
Itangazo rya LG rivuga ko uru ruganda rwahagaritse gutunganya telefone zigendanwa, rukaba rugiye kwibanda mu gukora indi bikoresho by’ikoranabuhanga.
Uretse gutunganya telefone zigendanwa, uru ruganda rukora televiziyo za rutura, ibirahure bya telefone, batiri zo mu modoka, radiyo zo mu modoka n’ibindi.
2
0.41
kin_train_00580
kin
Ati “Ni ikimenyetso kigaragaza imbaraga n’ubushake bwinshi ubuyobozi bw’igihugu cyacu bushyira mu guteza imbere imitangire ya serivisi hakoreshejwe ikoranabuhanga mu rwego rwo kubungabunga ubuzima bw’Abanyarwanda.
ko imbaraga nyinshi zikwiriye gushyirwa mu baturage bakamenya inyungu za serivisi ibigo by’imari byashyizeho zigamije guteza imbere ikoranabuhanga mu guhererekanya amafaranga Amafoto: Muhizi Serge
2
0.57
kin_train_00581
kin
Minisitiri Biruta, yavuze ko gucana Urumuri Rutazima bigaragaza kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, kugarurira agaciro abazize Jenoside ndetse n'u Rwanda muri rusange.
Iki gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 19 Jenoside yakorewe abatutsi, cyateguwe n'umuryango Never Again, ugizwe n'abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda ufatanyije n'inshuti zawo.
2
0.53
kin_train_00582
kin
By'umwihariko yashimye intambwe u Rwanda rugezeho, kugeza n'aho rwohereza abapolisi mbere y'uko itariki yateganyijwe n'Umuryango w'Abibumbye igera.
Kugeza ubu u Rwanda rufite abapolisi 528 mu butumwa bw'amahoro bw'umuryango w'abibumbye mu bihugu bitandukanye byo ku isi.
2
0.59
kin_train_00583
kin
Imibare ya BNR igaragaza ko abanyarwanda bakoresha Mobile Money bavuye ku 231 000 mu mwaka wa 2010, bakagera kuri miliyoni 6 muri Kamena
Amafaranga yahererekanyijwe kuri Mobile Money yavuye kuri miliyoni 3 mu mwaka wa 2010, agera kuri miliyari 19 muri Kamena
2
0.44
kin_train_00584
kin
Ubusanzwe lunettes de lumière bleue zishobora kugira umumaro igihe umuntu akoresha mudasobwa kuko zisubiza inyuma urumuri rwayo, ariko hari izindi zabugenewe zizwi nka lunettes d’ordinateur.
Lunettes de lumière bleue zisubiza inyuma urumuri rw'ubururu rushobora kwangiza amaso yawe Lunettes d’ordinateur zituma ibyo ureba muri mudasobwa byigira inyuma bityo amaso yawe ntiyangirike
2
0.81
kin_train_00585
kin
Hari ama couple ahitamo gukora imibonano mpuzabitsina buri munsi, hari n’andi yiha igihe runaka bitewe n’impamvu zitandukanye ziirmo akazi, n’ibindi.
Ubusanzwe igitsina cy’umugabo gishobora guhindura ingano yacyo bitewe n’impamvu zitandukanye harimo nko kuba yiteguye gukora imibonano mpuzabitsina, ihindagurika ry’ibihe, ndetse n’ibindi,….
2
0.31
kin_train_00586
kin
Imyigaragambyo y'Interahamwe zambaye imyenda yazo n'amashara, (...)
Imyigaragambyo y'Interahamwe zambaye imyenda yazo n'amashara, zinaganitse ku mamodoka biziritseho, ubwicanyi bwabo mu gihugu, yari integuza.
2
0.78
kin_train_00587
kin
Hari abagore benshi usanga abagabo babo bagerageza kubahindurira uburyo bateramo akabariro bakanga bitwaje ngo ntibabyiviramo bagahora bakoresha u buryo bumwe nyamara wenda umugabo wawe yaraburambiwe.
Gufata umwanya ukanezeranwa n’abana bawe Ibi byo abagabo benshi barabitsinda ariko ntibazi ko ari uburyo bumwe bwo kwereka abagore babo ko babakunda.
2
0.47
kin_train_00588
kin
Perezida Kagame kandi yavuze ko u Rwanda rwishimiye gukomeza imibanire myiza rufitanye n’abashoramari b’Abashinwa.
Perezida Kagame yavuze ko nta ngufu za gisirikari u Rwanda rufite, nta n'ikoranabuhanga rihanitse, ariko ko hari ikindi bafite, aricyo mbaraga z'umujinya.
2
0.34
kin_train_00589
kin
Umugore ufite ikibazo cyo kumva atakigira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, ashobora kubiterwa n’impamvu zitandukanye.
Ibibazo by’imisemburo Igihe umugore ari ageze mu gihe cyo gucura (atakibyara) ashobora kugira ikibazo cy’imisemburo imwongerera ubushake bwo kumva yifuje kuryamana n’umugabo.
2
0.59
kin_train_00590
kin
Uzwi cyane ni Chloroquine, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ukaba Umuryango mpuzamahanga ushinzwe iby’ubuzima wamaze guhagarika ubushakashatsi bwakorwaga kuri uwo muti.
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) ryaburiye ko iki cyorezo kiri kongera umuvuduko.
2
0.25
kin_train_00591
kin
Ubuyobozi bwa PSF buvuga ko bukirimo gutegura ingengo yimari na gahunda yibikorwa byo kwibuka no gufasha abarokotse Jenoside muri buri ntara.
Ubuyobozi bwa Kaminuza ya Kibogora buvuga ko bafite gahunda yo kuzasura izindi nzibutso, gusura inzibutso za Jenoside kikaba ari igikorwa bateganya gukora buri mwaka.
2
0.31
kin_train_00592
kin
Babitangaje kuwa kane tariki 7 Mata 2016, mu biganiro bijyanye no kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu
Celis avuga ko uruhare rwe ari ukubwira Abanyaburayi by'umwihariko abakoresha ururimi rw'Igifaransa, ukuri kuri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata
2
0.5
kin_train_00593
kin
Polisi ikaba isaba abaturage gukomeza gutanga amakuru mbere kandi ku gihe kugira ngo hakomezwe ingamba zo gukumira ibyaha bitaraba.
Amakuru polisi ifite arifashishwa mu gutahura abandi bajura bari muri iri tsinda kandi abaturage barasabwa gukomeza gutanga amakuru yose bamenya ngo umutekano udahungabana.
2
0.69
kin_train_00594
kin
Mu 2016, Arsène Tuyi yahawe igihembo cya Groove Awards Rwanda nk’umuhanzi mushya w’umwaka mu ruhando rw’abaririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bakoze cyane.
Iri tsinda rifite ibigwi kuko ryahembwe muri Groove Awards Rwanda 2016, nka Korali y’Umwaka, ifite Indirimbo nziza y’Umwaka n’iyo Kuramya y’Umwaka.
2
0.54
kin_train_00595
kin
Ezechiel Ndabarinze umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Munyiginya avuga ko bagifite abakozi bacye ariko bikaba bitica serivise baha abaturage babagana.
Umuyobozi w’Ikigo Nderabuzima cya Munyiginya mu Karere ka Rwamagana, Ezechiel Ndabarinze, yavuze ko kuva babona amashanyarazi babashije gutanga serivisi nyinshi ndetse akazi karushaho kuborohera.
2
0.62
kin_train_00596
kin
Umunyamabanga nshingwabikorwa wa CNLG, Dr Bizimana Jean Damascène nawe yari ahari.
André Twahirwa, Dr Jean Damascène Bizimana na Albert Toch bari mu bitabiriye ibyo biganiro Umunyamabanga nshingwabikorwa wa komisiyo ishinzwe kurwanya Jenoside (CNLG) Dr.
2
0.56
kin_train_00597
kin
Shampiyona iyobowe by’agateganyo na Kiyovu Sports ifite amanota 24 , AS Kigali ya 2 ifite
Kugeza ubu AS Kigali niyo ikomeje kuyobora shampiyona n'amanota 12 n'ibitego 7 izigamye naho Police FC ikaba iya kabiri ifite amanota 12 ikazigama ibitego
2
0.44
kin_train_00598
kin
Mark Bryan Schreiner yavuze ko abaturage bakwiye gukomeza guhabwa amakuru yerekeranye no kuboneza urubyaro ndetse bakegerezwa na serivisi zabafasha mu kuboneza urubyaro.
Muri ibyo birori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abatuye isi, abaturage banaboneyeho n’umwanya wo guhabwa serivisi zo kuboneza urubyaro.
2
0.41
kin_train_00599
kin
Gutsindwa kwa Rayon Sports byatumye AS Kigali iza ku mwanya wa kabiri n'amanota 21 aho irushwa na APR FC ya mbere amanota abiri gusa.
APR FC yari ihanganye na Rayon Sports yo yatakaje amanota abiri i Nyakinama aho yanganyije na Musanze FC ubusa ku busa.
2
0.47
kin_train_00600
kin
Kugeza ubu, abapadiri n’abandi banyamadini bashyigikira ubutinganyi biganje muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada n’u Burayi.
Gusa ngo bitewe n'abimukira, iyi migenzo igera no muri Leta Zunze Ubumwe za amerika, Australia no mu bihugu bitandukanye by'i Burayi.
2
0.34
kin_train_00601
kin
Ukwiyongera cyane kwabonetse mu bigo by’ubwishingizi bya leta ari byo RSSB na MMI, aho hiyongereyeho miliyari 6FRW bitewe n’abishinganisha bashya bangana na 432
RSSB na MMI nibyo byazamutse cyane bigera kuri miliyari 4 FRW ugereranyije na miliyari 9 FRW ku bigo by’ubwishingizi byigenga.
2
0.91
kin_train_00602
kin
Ibinyoma abagabo bubatse babeshya abakobwa bashaka ko baryamana gusa Mu gihe ukundana n’umugabo wubatse ukaba ukeka ko hari aho umubano wanyu uzagera, tekereza
Ibi ni ibinyoma abagabo bubatse bakunda guhuriraho babeshya abagore cyangwa abakobwa babasezeranya kuzabana nyamara bishakira ko baryamana bakabayarana abo.
2
0.84
kin_train_00603
kin
Amafaranga nakoreye ubanza yari nka 3 000 Frw ariko kuri njyewe byari ibintu bikomeye cyane kuko bwari ubwa mbere nari mpembwe n’umuziki.
Ohlsson: Byari byiza ariko nari nafite impungenge kuko ari ubwa mbere duhuye.
2
0.28
kin_train_00604
kin
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y'Amajyepfo, Chief Superintendent Hubert Gashagaza, atangaza ko polisi itajya irekura umuntu yafatanye urumogi, imyanzuro nk'iyo ikaba ifatwa n'ubushinjacyaha.
Chief Superintendent Francis Gahima, Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda mu ntara y'Amajyaruguru yaganirije abo banyeshuri ababwira ko ibiyobyabwenge byangiza ubwonko bityo kwiga ntibigende neza.
2
0.25
kin_train_00605
kin
Kuva APR FC ibona igitego niyo yakomeje kwiharira umupira no gukina neza ahanini biturutse ku guhanahana neza imipira kwa Buteera Andrew, Bizimana Djihad na Muhajiri.
Mukura VS yakomeje kotsa igitutu APR FC ari nako ibona uburyo bumwe na bumwe bwari kuvamo igitego ariko Kimenyi Yves agakomeza kuba ibamba.
2
0.34
kin_train_00606
kin
Akomeza agira ati:"Ubu tuvugana mvuye gusaba imbabazi Paccy kuko yakundaga Cyusa nkarenga ngashaka kumuca intege kuko nashakaga ko Cyusa yakundana na Esther.
akomeza agira ati:"ubu rero mboneyeho umwanya wo gusaba imbabazi umuvandimwe wanjye Esther kuko naharabitse umukunzi we kandi mubeshyera ni ukuri nabiterwaga n’amafaranga nahabwaga na Cyusa!"
2
0.59
kin_train_00607
kin
Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda yakomeje asaba abaturage gutanga amakuru ahagaragaye ikibazo nk'iki hakiri kare.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Damas Gatare akaba asaba abaturage kwirinda ikintu cyose cyateza inkongi z’umuriro nk’insinga z’amashanyarazi buji n’ibindi.
2
0.44
kin_train_00608
kin
Imikino ya CECAFA iteganyijwe kubera muri Kenya kuva tariki ya 3 kugera 17 Ukuboza 2017 aho buri tsinda ririmo amakipe
Uko amakipe azakina Tariki ya 03 Ukuboza 2017 Itsinda A Libya vs Tanzania Kenya vs Rwanda
2
0.38
kin_train_00609
kin
Diarra yasinye amasezerano muri Rayon Sports yongereye imanza za Leopard mu Rwanda Ismailla Diarra rutahizamu wa Rayon Sports yamaze kongera amasezerano muri iyi kipe.
FERWAFA yatangaje ko yamaze gusubika ibyangombwa bijyana Diarra muri Kenya kuko yamaze kongera amasezerano muri Rayon Sports.
2
0.44
kin_train_00610
kin
Kazan Arena Iyi ni stade yubatse mu Mujyi wa Kazan, ifite ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi 45,379 ikaba yarafunguwe mu mwaka wa
Stade ya Fisht: Iyi stade yubatse mu Mujyi wa Sochi, yafunguwe mu 2013, ikaba ifite ubushobozi bwo kwakira abantu 47,
2
0.34
kin_train_00611
kin
Yavuze ko mu gihugu ahagarariye cya Israel ingufu nyinshi ziri gushyirwa mu bikorwa bihuza abantu nka siporo, umuco n’ubugeni kugira ngo abantu bongere kubana neza.
Ati “Nyuma y’imyaka 26 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ihagaritswe, abantu bashobora kongera guhuzwa na siporo, umuco n’ubugeni kugira ngo bakire ibikomere.”
2
0.38
kin_train_00612
kin
Hari ibyiza byo gukora imibonano mpuzabitsina mu gihe umugore ari mu mihango ?
Mu gusubiza uwabajije ikibazo, Dr Iba yavuze ko kuva amaraso mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina ari ikintu kidasanzwe kabone n’ubwo umugore yaba yaracuze.
2
0.38
kin_train_00613
kin
Iki gitaramo cyiswe “Thanksgiving Celebration Live Concert” giteganyijwe kubera Kerkplein1 mu Buholandi ku wa 4-5 Mata
Iki gitaramo cyiswe “Mpa Amavuta Live Concert” gitegerejwe kubera muri Kigali Arena ku wa 1 Werurwe
2
0.41
kin_train_00614
kin
Mu Rwanda hatangiye gukorerwa udupfukamunwa two kwa muganga Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwatangiye gukora udupfukamunwa twifashishwa kwa muganga ndetse n’abantu ku giti cyabo.
Inganda zitandukanye ndetse n’abantu ku giti cyabo bakomeje gukora udupfukamunwa mu moko atandukanye, ikintu kimaze kuba umuco muri ibi bihe cyo kwirinda COVID
2
0.66
kin_train_00615
kin
Uramutse uyikeneye wahamagara kuri 0789433795/0726355630 cyangwa ukaba wagana Horaho Life aho ikorera kwa Rubangura muri Etage ya 3, mu muryango wa
Izo nyunganiramirire ziboneka muri Horaho life company ikorera mu mujyi wa Kigali kwa Rubangura, etage 3, umuryango
2
0.78
kin_train_00616
kin
Kugeza ubu abamaze kwandura Coronavirus mu Rwanda ni 134 mu gihe 49 bamaze gukira iki cyorezo bagasezererwa mu bitaro.
Kugeza kuri uyu wa Kabiri abari bamaze gusangwamo Coronavirus mu Rwanda ni abantu 286, barimo 153 bamaze gukira, mu gihe abakirwaye ari
2
0.44
kin_train_00617
kin
Byari agahebuzo ubwo Ruhago Sports Promoters na Rayon Sports batangizaga ku ku mugaragaro ubufatanye bwabo!
Tubibutse ko Ruhago Promoters LTD yatangiye ubufatanye n’ikipe ya Rayon Sports buzamara imyaka 5
2
0.78
kin_train_00618
kin
Banyuriwemo amateka ya Online Fan Club Tariki 8 Ukwakira 2016 nibwo Online Fan Club yashinzwe n’abanyamuryango
Tariki 13 Gicurasi 2018 nibwo abagize Online Fan Club bashyikirije Mukandoli Josephine inzu bamusaniye.
2
0.56
kin_train_00619
kin
Abidjan: Abacuruzi bo mu Rwanda bagendereye Cote d'Ivoire mu rwego rwo kwagura amarembo Yanditswe kuya 1-08-2014 saa 10:59' na Kayonga J.
Uwanditse igitabo kitavugwaho rumwe yise "Uzababwire ko uri Umuhutukazi" yahawe igihembo Yanditswe kuya 11-03-2013 saa 07:33' na Kayonga J.
2
0.22
kin_train_00620
kin
Uyu mugore w'imyaka 42 ukomoka muri Gibraltar yagaragaje ko yarakajwe bikomeye n'umutoza Jose Mourihno ndetse n'ikipe ya Chelsea yamwirukanye amaze gushwana n'umutoza.
Uyu muganga yirukanywe muri Chelsea nyuma yo gushwana n'umutoza Jose Mourihno amuziza ko yagiye mu kibuga kuvura Eden Hazard wari wavunitse.
2
0.56
kin_train_00621
kin
Bimwe mu biranga ba Rajesh Ni umuntu ufite amarangamutima arenze urugero ku buryo adashobora no kuba yavuga mu gihe yishimye cyane cyangwa yababaye cyane.
Ni umuntu ugaragara inyuma yishimye uzi kuganira , ariko akirinda kuba yavuga kubimwerekeyeho, ibimureba abigira ibanga mu buryo buhambaye.
2
0.5
kin_train_00622
kin
Dore abahabwa amahirwe menshi yo kuyobora Umutwe wa SENA y'u Rwanda Nyuma y'aho Dr.
Vincent Biruta wayoboye Sena ya mbere y'u Rwanda Umutwe wa Sena muri manda yawo ya mbere wayobowe na Dr.
2
0.5
kin_train_00623
kin
Yashimye abikorera batekereje igikorwa cyo kwibuka abacuruzi bazize Jenoside bakaremera n'imfubyi n'abapfakazi barokotse.
Umuyobozi w'Akarere ka Kirehe Wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y'Abaturage, Murekatete Jacqueline, yashimiye abikorera bateguye igikorwa cyo kwibuka abacuruzi bazize Jenoside.
2
0.5
kin_train_00624
kin
HATEGEKIMANA Richard Perezida w’Urugaga rw’Abanditsi mu Rwanda, E-mail: [email protected]
Umuyobozi w’urugaga rw’abanditsi mu Rwanda, Hategekimana Richard yavuze ko icyo kigega nikiramuka kigiyeho kizafasha mu gukemura bimwe mu bibazo abanditsi bajyaga bahura nabyo.
2
0.44
kin_train_00625
kin
Umuyobozi wungirije w'akarere ka Kamonyi ushinzwe imibereho y'abaturage, Uwera Marie Alice, yibukije abatwara ibinyabiziga kwirinda imyitwarire yatuma bateza impanuka.
Umuyobozi w'Akarere ka Ruhango wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Kambayire Annonciata, yamaganiye kure ibyakozwe n'ibi bitaro bya Kinazi avuga ko bagomba kumurekura akishyura ari hanze.
2
0.25
kin_train_00626
kin
Abagore batabona bagaragaza ibyo bashoboye mu gihe u Rwanda n’isi muri rusange bizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore, uba ku ya 8 Werurwe ya buri mwaka.
Isi n’u Rwanda byijihije Umunsi Mpuzamahanga wahariwe kwita ku Ndwara zidasanzwe uba buri wa 28 Gashyantare.
2
0.25
kin_train_00627
kin
Sunrise FC yaraye itsinze Rayon Sports ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa gatanu wa Shampiyona, ifata umwanya wa karindwi n’amanota arindwi.
Muri iyo mikino kandi yatsinzwemo n'amakipe bahanganye harimo uwa APR FC yatsinzwemo ibitego 2-1 ndetse na Rayon Sports yayinyagiye ibitego 3-
2
0.31
kin_train_00628
kin
Ati “Ndashimira abamfasha by’umwihariko papa, kuko amfasha ahantu hose, ndashimira kandi abakurikira ibihangano byanjye mbabwira ko mfite imishinga myinshi izajya hanze mu minsi mike cyane.”
“ Niba virusi itarwanyijwe ngo itsindwe ahantu hose, ntitwayitsinda ku rwego rw’Isi, kuko izajya ahantu hamwe igumeyo, kandi ishobora kutugarukana”.
2
0.22
kin_train_00629
kin
Utaranigwa agaramye agira ngo ijuru riri hafi!
Yakomeje agira ati “Natangira mbwira urubyiruko ko utaranirwa agaramye agira ngo ijuru riri hafi!
2
0.43
kin_train_00630
kin
Twakwanzura ko kugira ngo imibonano mpuzabitsina iryohere abayikora , igomba kumara hagati y'iminota 17 na 43 habariwemo igihe cyo gutegurana kw'abashakanye nkuko ubushakashatsi bwabigaragaje.
Igihe cyiza cyo gutegurana kigomba kumara hagati y'iminota 10 na
2
0.34
kin_train_00631
kin
Kuwa 29 Kanama 2016, Umuyobozi w’Ishami rihuza ibikorwa by’Imirenge SACCO muri RCA, Mukakarangwa Francisca, yandikiye abayobozi ba Sacco abamenyesha ko bashobora kugura ibikoresho bitangiye isoko.
IGIHE yagerageje kuvugana n’Umuyobozi w’Ishami rihuza ibikorwa by’Imirenge SACCO muri RCA, Mukakarangwa Francisca ari nawe wasinye kuri izi baruwa zombi ntitwamubona kuri telefoni ye igendanwa.
2
0.66
kin_train_00632
kin
Nkuko Padiri Muzungu Bernardin abivuga mu gitabo yise “ Le Patriotisme Jusqu’au Sang’’, Robwa Nyiramateke ni ishema n’icyubahiro ku bagoren’abakobwa babayeho mu mateka y’u Rwanda.
Ibitabo byifashishijwe: Le Patriotisme Jusqu’au Sangcya Padiri Muzungu Bernardin Les Recits Historiques cyaA Coupez na Th Kamanzi
2
0.72
kin_train_00633
kin
Algeria niyo yafunguye amazamu ku munota wa 10 ku gitego cyatsinzwe na Farouk Chafai.
Ku munota wa 29, Algeria yatsinze icya 3 cyatsinzwe nanone na Farouk Chafai.
2
0.78
kin_train_00634
kin
Iki gice kigira uruhare runini mu gukora imibonano mpuzabitsina kuko ari cyo kibika ubushyuhe n'ubushake bwo gutera akabariro ku mugore.
Iki gice kigira uruhare gusa mu gukora cyangwa gukenera imibonano mpuzabitsina ntahandi nko mu gutwita, mu mihango cyangwa mu kwihagarika nk'uko bamwe usanga babyibwira.
2
0.69
kin_train_00635
kin
Musenge kandi mwirinde mutagwa mu moshya, muhore mwiteguye Umwarimu akaba n'umuvugabutumwa: Richard BUROYUMUTIMA From: Gethsemane Gospel Ministries Ukeneye ibindi bisobanuro cyangwa gutanga ubwunganizi Contacts:0722356430 (Whatsapp);0781561919
Amen Like Face book: Richard Buroyumutima Like page: Gospel Tone Richard BUROROYUMUTIMA Contact: 0722356430 (Whatsapp) From: Gethsemane Gospel Ministries
2
0.28
kin_train_00636
kin
Ubwo yatangiza iyo gahunda, Minisitiri w’Urubyiruko n’ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana yavuze ko “uwo mushinga nukora neza uzagezwa mu gihugu hose.”
Minisitiri w'Urubyiruko n’ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana
2
0.72
kin_train_00637
kin
Nyuma y'uyu muganda umuyobozi w'akarere ka Ruhango, yashimiye uruhare n'urukundo abaturage bagaragaje mu kwitabira iki gikorwa, akaba yabasabye ko bazakomeza buri umwe akakigira icye.
Umuyobozi w'akarere ka Ruhango, Mbabazi Francois Xavier, ni umwe mu bahanuye abakoresha ibiyobya bwenge kubireka, ariko atunga abayobozi binzego z'ibanze kugira uruhare mu ikoreshwa rw'ibiyobyabwenge.
2
0.44
kin_train_00638
kin
Riderman yavuze ko abahanzi bakora Hip Hop biyemeje kutazatanga ruswa ngo ibihangano byabo bicishwe ku ma Radio cyangwa kuri za Tereviziyo.
Iyo ndirimbo ye iri mu njyana ya Hip Hop iri mu za mbere zikinwa cyane ku ma radio na tereviziyo.
2
0.66
kin_train_00639
kin
“Mfite ibyiringiro” ni indirimbo ya kabiri Korali Shalom yashyize hanze kuva umwaka watangira.
Umva indirimbo nshya ya Korali Shalom yise ‘Mfite Ibyiringiro’ Shalom iri muri korali zikunzwe mu ruhando rw’abakunzi b’umuziki uhimbaza Imana
2
0.64
kin_train_00640
kin
Akomeza avuga ko ari byiza gukomeza kubafasha kumenya neza no gusobanukirwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’ubukana yakoranywe, bikabafasha gukura neza mu mitekerereze, birinda amacakubiri.
Akomeza avuga ko Jenoside yakorewe abatutsi yatangiye mu karere ka Burera mu kwezi kwa Gashyantare
2
0.44
kin_train_00641
kin
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) ryaburiye ko iki cyorezo kiri kongera umuvuduko.
Icyorezo cya COVID-19 kizatinda gucika ku isi (OMS) Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/WHO) ryaburiye isi yose ko icyorezo cya coronavirus kitazarangira vuba.
2
0.44
kin_train_00642
kin
Impamvu zo kwandura indwara zo mu gitsina : Ukumagara mu gitsina kandi bishobora guterwa n'indwara zifata mu gitsina.
Impamvu z'ibiyobyabwenge : Itabi, alukolo nyinshi (alcool) bishobora na byo gutera ukumagara mu gitsina biherekejwe no kunanirwa k'ubwonko, no kugira umunaniro umubiri wose.
2
0.19
kin_train_00643
kin
Inama y'Abaminisitiri yagejejweho raporo ku mishyikirano yabaye hagati ya Guverinoma y'u Rwanda na Sosiyete Hakan Madencilik Ve Elektrik Uretim San.
Inama y'Abaminisitiri yagejejweho Raporo y'ibyakozwe ku ishyirwa mu bikorwa ry'Intego z'Ikinyagihumbi, amasomo u Rwanda rwigiyemo na Gahunda y'Ishyirwa mu bikorwa ry'Intego z'Iterambere Rirambye, irayemeza.
2
0.5
kin_train_00644
kin
Bwana MBONERA Theophile: Umuyobozi Mukuru ushinzwe Serivisi z'Ubutabera/Head of Legal Services/ Principal State Attorney ?
Bwana RUNIGA Pierre Claver: Umuyobozi w'Ishami rishinzwe ibijyanye n'Ikirango n'Ireme ry'inyandiko z'ubutabera/Division Manager/Senior State Attorney ?
2
0.09
kin_train_00645
kin
nuko Esther aramusubiza ati:"urakoze muvandi kandi nanjye usibye kuba nishimira umukunzi wanjye nishimiye no kubona umuvandimwe wanjye anyifuriza ibyiza!"
akomeza agira ati:"ubu rero mboneyeho umwanya wo gusaba imbabazi umuvandimwe wanjye Esther kuko naharabitse umukunzi we kandi mubeshyera ni ukuri nabiterwaga n’amafaranga nahabwaga na Cyusa!"
2
0.56
kin_train_00646
kin
Ashimira abakozi ba BK n'aba Kobil baje kuremera abarokotse Jenoside, yabasabye gufatanya n'ubuyobozi gusura inka zatanzwe no gukurikirana imibereho ya zo.
Yagize ati "Nubwo ari amasosiyeti aba yatanze inka ariko aba agomba gufatanya n'ubuyobozi gukurikirana imibereho y'izi nka."
2
0.53
kin_train_00647
kin
Hari amakuru ku rundi ruhande avuga ko Runtown yaba ari i Kigali aho yaje gusura umukobwa bamaze igihe bari mu rukundo.
Birashoboka cyane ko yaba yaje gusura umukobwa bamaze igihe bashuditse nubwo ntabizi neza.”
2
0.44
kin_train_00648
kin
Gicumbi Distr Byiringiro Fidele wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Akarere ka Gicumbi yeguye ku mirimo ye ku mpamvu avuga ko ari ize bwite.
Gahunda ya siporo ya buri wa gatanu ku bakozi ba leta igomba kubahirizwa kandi utayitabiriye agahanwa, nk’uko umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Gicumbi Byiringiro Fidele yabigarutseho.
2
0.56
kin_train_00649
kin
Abaganga barashaka ko Leta itanga ibikoresho byujuje ubuziranenge kandi bihagije byo kurinda abakozi bose b’ubuzima mu bigo nderabuzima byose, harimo n’abakora mu bitaro byigenga.
Barashaka kandi ko Leta yaha abakozi bose b’ubuzima bari mu bikorwa byo kurwanya covid-19, amafaranga y’ubwishingizi ku buzima bwabo.
2
0.38
kin_train_00650
kin
Ikigo cy'ubucuruzi mpuzamahanga "Costco" gikora ibikorwa by'ubucuruzi mu bihugu bitandukanye byo ku Isi, cyagejeje ikawa y'u Rwanda ku isoko mpuzamahanga, iriho ikirango cya "Kirkland".
Ibi ni bimwe mu byatumye ikigo mpuzamahanga cy'ubucuruzi cyari gisanzwe kivanga ikawa y'u Rwanda mu yo mu bihugu bitandukanye byo ku Isi, kiyicuruza yonyine.
2
0.47
kin_train_00651
kin
Nk’uko byemezwa na Komiseri Mukuru wa RRA, Richard Tusabe, imwe mu nzira bazifashisha mu kubigeraho ni ubukangurambaga.
Komiseri mukuru wa RRA, Richard Tusabe, avuga ko hazakorwa ubukangurambaga mu rwego rwo kongera umusoro utangwa n'abakora ibikorwa binyuranye [email protected]
2
0.81
kin_train_00652
kin
Icyo gitekerezo cya MacKinnon icyakora kiracyahura n’imbogamizi mu mategeko, aho Itegeko Nshinga Amerika rikirimo icyuho ku kuba Visi Perezida warigeze gutorerwa kuba Perezida inshuro ebyiri.
Itegeko Nshinga kandi rya Amerika ku bijyanye na Visi Perezida, rivuga ko umuntu ufite imiziro yo kutaba Perezida atemerewe no kuba Visi Perezida.
2
0.56
kin_train_00653
kin
Abasore b'ikipe ya Zimbabwe batatse bikomeye izamu ry'ikipe ya Mali, ndetse bakanabona uburyo bwashoboraga kuvamo igitego ariko ntibabubyaza umusaruro kugeza igice cya mbere kirangiye.
Igice cya kabiri cyatangiye amakipe yombi ashaka igitego, akanyuzamo agasatirana bikomeye, ariko ikipe ya Zimbabwe yo yatakaga bikomeye mu minota ya mbere y'igice cya kabiri.
2
0.44
kin_train_00654
kin
Inkomoko y’Insigamugani ‘Yateje ubwega’ Uyu mugani bawuca iyo bumvise umuntu uvuga yamagirira cyane kugira ngo rubanda imugoboke, ni bwo bavuga ngo “Umva naka arateza ubwega”.
Inkomoko y’Insigamugani ‘Bakunda inkwi bakanga abashenyi’ Uyu mugani bawuca iyo babonye umuntu ukunda ibintu kuruta ababikora, nibwo bavuga ngo “Bakunda inkwi bakanga abashenyi”.
2
0.22
kin_train_00655
kin
Mugabe Aristide: Navuga ko ari Espoir BBC, kuko APR BBC yari imaze kurekura abanyamahanga bose, Kami Kabange na Ngando Bienvenue bahise baza muri Espoir BBC.
Mugabe Aristide: Umukinnyi witwa Ngando Bienvenue ni we navuga ko twakinanye bikanyorohera cyane, gusa hari n’abandi nka Kami Kabange, Kajeguhakwa Bunene.
2
0.5