PairID
stringlengths
14
21
Language
stringclasses
9 values
Sentence1
stringlengths
2
790
Sentence2
stringlengths
6
1.37k
Length
int64
2
2
Score
float64
0
1
kin_train_00356
kin
Musabyimana Assiel kuba Musenyeri wa Diyosezi ya Kigeme, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 12 Nzeri
Musabyimana Assiel watorewe kuba Musenyeri wa Diyosezi ya Kigeme
2
0.88
kin_train_00357
kin
Izindi mpamvu zinyuranye Urubuga Sante Plus Mag rutangaza ko kubura ibitotsi nabyo biri mu mpamvu zitera umubiri gukora cyane bityo ukabira ibyuya byinshi mu ijoro.
Kurota nabi no guhangayika nabyo ngo biri mu mpamvu zimwe zitera kubira ibyuya igihe umuntu aryamye.
2
0.59
kin_train_00358
kin
Kongera ubushobozi bwo guhumurirwa Nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina, umubiri urekura umusemburo witwa “Prolactin”.
Kugabanya ububabare Nyuma y’ibyishimo byinshi bibonwa nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina hari umusemburo urekurwa witwa “Ocytocin” ku rugero rukubye inshuro Eshanu ku rwari rusanzwe ruriho.
2
0.29
kin_train_00359
kin
"Nta kintu kibabaza nko kuza witeguye kuburana ntuburane."
Yagize ati: "Tuje hano inshuro ebyiri twiteguye kuburana tugasubirayo tutaburanye kandi nta kintu kibabaza nko kuza witeguye kuburana wagera mu rukiko ugasubirayo utaburanye."
2
0.69
kin_train_00360
kin
Ni umwe mu bahanzi bazafatanya na Beauty for Ashes mu gitaramo kizabera muri Serena Hotel tariki 9 Nyakanga
Kizabera kuri Serena Hotel tariki 9 Nyakanga 2017 guhera ku isaha ya saa kumi n’ebyiri zuzuye.
2
0.56
kin_train_00361
kin
Ni we muhanzi rukumbi mu bakora umuziki uhimbaza Imana mu Rwanda umaze gukora ibitaramo bikomeye ndetse bikagaragaramo abahanzi bubatse izina.
The Ben yitabiriye amarushanwa Akomeye, Ibihembo bikomeye, ndetse nibitaramo bikomeye cyane bitari byitabirwa nundi muhanzi uwariwe wese kuva Umuziki w’U Rwanda wabaho.
2
0.41
kin_train_00362
kin
Nubwo FPR Inkotanyi yabonye imyanya myinshi mu Nteko, yagabanutseho umwe ugereranyije na manda y’Umutwe w’Abadepite icyuye igihe; PSD yatakaje ibiri naho PL itakaza umwe.
Nubwo iri shyaka ryatakaje imyanya ibiri ugereranyije no muri manda ishize, Dr Biruta avuga ko nta kibazo biteye kuko mu matora byose bishoboka.
2
0.56
kin_train_00363
kin
Uwo mugore ariko ntiyagize amahirwe yo kuhasanga umuyobozi w'akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza, kuko yari yagiye mu yindi mirimo mu karere ka Rutsiro akayivamo bwije.
Umuyobozi w'Akarere ka Karongi Wungirije ushinzwe Ubukungu, Hakizimana Sébastien, we yibukije urubyiruko kubyaza umusaruro ikoranabuhanga kuko ngo risigaye ari kimwe mu ishingiro ry'ubukungu.
2
0.28
kin_train_00364
kin
Mu kiganiro cyihariye yagiranye na Makuruki.rw Padiri mukuru wa Paruwasi Regina Pacis Remera Charles Ntabyera, yagarutse ku cyo uyu munsi wa mashami uvuze.
Padiri mukuru wa Paruwasi Regina Pacis avuga ko muri iki cyumweru (gitagatifu) abemera kiristu ndetse n' abatamwera bakwiye kurangwa n' urukundo no kwicisha bugufi.
2
0.72
kin_train_00365
kin
Pastor Sebagabo Leonard niwe watorewe kuba Umunyamabanga Mukuru wa ADEPR, atsindira ku majwi 57 kuri 62 y'abari bagize Inteko Rusange ya ADEPR ubwo yatoraga.
Mukaruzage Olea nawe yatorewe kuba Perezidante w'Inama y'Ubuyobozi muri ADEPR aho yasimubye Pastor Sebagabo Leonard watorewe kuba Umunyamabanga Mukuru.
2
0.44
kin_train_00366
kin
Hari abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, urubyiruko rero rushobora kwandika ubwo buhamya, kugira ngo abandi babashe gusoma ibyabaye.”
Nyuma yo kugira ubutwari bwo gutanga ubuhamya mu gihe cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, henshi hatandukanye, yagiriwe inama yo kwandika amateka ye mu gitabo.
2
0.56
kin_train_00367
kin
Basabose Jean Paul, avuga ko abarwaye kanseri bagenda biyongera nyamara uburyo bwo kuyivura mu gihugu butari hose.
Jean Paul Basabose, avuga abarwaye kanseri bagenda biyongera nyamara uburyo bwo kuyivura mu gihugu butari hose Umuganga w’indwara z’umubiri, akaba n’umuyobozi wa MBC Hospital, Dr.
2
0.84
kin_train_00368
kin
Umugabo witwaga Ananiya n'umugore we Safira bavugwa muri bibiliya bagurishije isambu babeshya umutambyi Petero ikiguzi bagurishirijeho iyo sambu bagamije kugavura bituma bombi bapfa bazize kubeshya.
Hariho umugabo witwaga Ananiya hamwe n'umugore we Safira, agura isambu agabanya ku biguzi byayo umugore na we abizi, maze azana igice agishyira intumwa.
2
0.91
kin_train_00369
kin
Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda mu ntara y'Amajyaruguru yasabye urubyiruko rw'abanyeshuri kuranya ibiyobyabwenge aho bari hose.
Chief Superintendent Francis Gahima, Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda mu ntara y'Amajyaruguru yaganirije abo banyeshuri ababwira ko ibiyobyabwenge byangiza ubwonko bityo kwiga ntibigende neza.
2
0.75
kin_train_00370
kin
Yahamagariye ibihugu byose guhangana n’ibibazo byatewe na Covid-19, bikaziba icyuho yateye bishimangira umubano bifitanye bishingiye ku bumuntu.
Inzobere zaburiye isi ko mu gihe ibihugu bikennye bizakomeza guhura n’ibibazo by’ubukungu byatewe na Covid-19, bizatuma n’ibihugu bikize bitabasha kuziba icyuho cy’ubukungu burundu.
2
0.5
kin_train_00371
kin
Kuri ubu u Rwanda ruzigirwa mu nkingi enye zirimo Iterambere ry’Urwego rw’Abikorera, Guteza imbere ibyoherezwa hanze, uburyo igihugu cyishakamo ubushobozi ndetse n’iterambere ry’urwego rw’ubukungu.
Mu migambi ya Macron, harimo guteza imbere umugabane wa Afurika cyane cyane Afurika y’Amajyaruguru ndetse n’iyo hagati, ari naho u Rwanda rubarizwa.
2
0.34
kin_train_00372
kin
Inkuru y’iki gitabo cya Mubalaka Edouard, ntiyavuzweho rumwe cyane cyane Abakristu bavuga ko ubu ari ubuyobe bukomeye.
Byinshi mu bikunze gutangazwa na Mubalaka Edouard ntibikunze kuvugwaho rumwe cyane cyane abakristu babirwanya bivuye inyuma bavuga ko ari ibishitani Umubavu.com
2
0.69
kin_train_00373
kin
Perezida Kagame wagize icyo atangaza bwa mbere ku ifatwa rya Lt Gen KARENZI, yavuze ko ibyakozwe ari ubucakara, ubwirasi ndetse n'ubukoloni bigikomeje muri Afurika.
Ubwo Perezida Kagame yavugaga iri jambo, Abanyarwanda mu bice bitandukanye by'igihugu bari mu mihanda bamagana ifatwa rya Lt Gen Karenzi Karake.
2
0.72
kin_train_00374
kin
Aha abantu benshi usanga barya ibyo abakunzi babo barya cyangwa banywa nyamara mbere atari ko byari bimeze.
Kurya inyama zanyuze mu nganda Usanga abantu benshi bakunda ibintu byanyuze mu nganda, nyamara akenshi usanga atari byiza ku mubiri.
2
0.28
kin_train_00375
kin
Blatter yamenyeshejwe n’ubushinjacyaha bukuru bw’u Busuwisi ko aregwa kubera inguzanyo bivugwa ko FIFA yayoboraga, yahaye Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru rya Trinidad &Tobago mu
Sepp Blatter wayoboraga FIFA ari gukorwaho iperereza kubera miliyoni 1$ yagurijwe Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru rya Trinidad & Tobago mu 2010
2
0.88
kin_train_00376
kin
Ati “ Amafaranga nayivanyemo nayaguzemo ikibanza cya miliyoni imwe n’ibihumbi magana abiri by’amafaranga y’u Rwanda.”
Iyi igura $3,000 ni ukuvuga asaga miliyoni ebyiri n’ibihumbi 500 by’amafaranga y’u Rwanda.
2
0.31
kin_train_00377
kin
Mu makipe y’abafana b’amakipe yo mu Rwanda harimo aba APR FC, Rayon Sports ndetse n’aba Kiyovu SC ari nayo ari mu itsinda ribanza.
Usengimana Faustin yakiniye amakipe atandukanye mu Rwanda arimo Rayon Sports yanazamukiyemo na APR FC, aha hose akaba yaragiye atwara ibikombe.
2
0.41
kin_train_00378
kin
Niba inkari zawe wumva zinuka cyane, bishobora kuba ikimenyetso cy’uko urwaye ubwandu bw’umuyoboro w’inkari (infection urinaire/urinary tract infection), indwara y’impyiko cg umwijima.
Ibyo wituma Nubwo amabyi adahumura, ariko mu gihe wumva anuka bikabije; nk’igihe anuka nk’ibintu byaboze cg ibindi wumva bidasanzwe, bishobora kuba ikimenyetso cy’uburwayi.
2
0.47
kin_train_00379
kin
Perezida Kagame yavuze ko nta ngufu za gisirikari u Rwanda rufite, nta n'ikoranabuhanga rihanitse, ariko ko hari ikindi bafite, aricyo mbaraga z'umujinya.
Imbere y'abayobozi batandukanye n'imbaga y'abari baje kumva indahiro z'abayobozi bashya, Perezida Kagame yavuze ko hari icyo abanyamahanga bashakaga kugeraho mu Rwanda batagezeho.
2
0.31
kin_train_00380
kin
Francois Regis Rukundakuvuga wagizwe Perezida w’uru rukiko, yari asanzwe ari Umucamanza mu Rukiko rw’Ikirenga kuva muri Mata
Dr Aime Muyoboke Kalimunda wagizwe Umucamanza mu Rukiko rw’Ikirenga, yari asanzwe ari Perezida w’Urukiko rw’Ubujurire akaba ari we wasimbuwe na Francois Regis Rukundakuvuga.
2
0.25
kin_train_00381
kin
Ni umukino wakinywe kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Mutarama 2018 guhera saa cyenda n’igice ku isaha y’i Kigali.
Umukino watangiye ku isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba(18h00), aho kuba saa cyenda n’igice nkuko bisanzwe kuyindi mikino.
2
0.53
kin_train_00382
kin
Minisitiri Dr Gashumba avuga ko ubuhahirane hagati y’ibihugu bukomeje kandi bazakomeza gushyira hamwe cyane ko Congo ifite ubunararibonye mu guhangana na Ebola.
Yagize ati “Gushyira hamwe na Congo byadufashije kugira ubunararibonye nk’igihugu cyahuye na Ebola, gusa tuzakomeza kuganira dukomeza ibikorwa by’isuku no gukumira Ebola.
2
0.88
kin_train_00383
kin
Inspector Emmanuel Kayigi umuvugizi wa Polisi y'igihugu ikorera mu ntara y'iburasirazuba avuga ko ari ibyaha byatewe n'ubusinzi atari ibyishimo by'iminsi mikuru.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Bonaventure Twizere Karekezi, avuga ko gufatwa kw’aba bantu bose byaturutse ku makuru yatanzwe n’abaturage.
2
0.25
kin_train_00384
kin
Kubeshya mu tuntu duto Iyo ubeshya umukunzi wawe mu tuntu duto tworoheje nko kumubwira aho uri atariho uri bituma agenda agutakariza icyizere gahoro gahoro.
Kubeshya Kubeshya ni ingeso mbi cyane idashobora kwihanganirwa mu rukundo kuko iyo ubeshya umukunzi wawe agutakariza icyizere kandi urukundo rutarimo icyizere ruba rwamaze gusenyuka.
2
0.81
kin_train_00385
kin
Ubwo yatangiza iyo gahunda, Minisitiri w’Urubyiruko n’ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana yavuze ko “uwo mushinga nukora neza uzagezwa mu gihugu hose.”
Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana yavuze ko amasezerano yasinywe uyu munsi agamije guhuza abaturage benshi bataragerwaho n’ikoranabuhanga muri Afurika.
2
0.78
kin_train_00386
kin
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Gatabazi Jean Marry Vianney, yabwiye abaturage ati “Tugomba kuboneza urubyaro dushaka ubuzima bwiza, ariko ntibigomba guhera mu magambo, bigomba gushyirwa mu bikorwa.”
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Gatabazi Jean Marie Vianney uvuga ko yabanye na Padiri Rutsindintwarane ahitwa I Burehe mu 1990, yavuze ko ababajwe n’urupfu rwe.
2
0.41
kin_train_00387
kin
Kanseri y’ibere iterwa n’ukwiyongera kudasanzwe k’uturemangingo tw’ibere, turakura birenze urugero umubiri ntubashe kuba wabicunga.
Kanseri y’ibere iterwa n’ukwiyongera kudasanzwe k’uturemangingo tw’ibere, turakura birenze urugero umubiri ntubashe kuba wabicunga neza.Yibasira abagore n’abagabo ariko ikunze kuboneka cyane mu bagore.
2
0.94
kin_train_00388
kin
Mukashyaka yatubwiye ko Byiringiro yahise atoroka nyuma yo kwica Kamuhire kugeza ubwo twakoraga iyi nkuru akaba yari atarafatwa.
Byiringiro nyuma yo kubona ko ashobora kuzakurikiranwaho icyaha cyo kwica Kamuhire yahise ahunga ariko inzego z’umutekano zisaba abaturage kuzifasha kumushaka.
2
0.62
kin_train_00389
kin
Inzobere mu buvuzi akaba akaba n’umuyobozi wa MBC Hospital, Dr.
Abahanga bagaragaza ko iyo kanseri itahuwe kare ivurwa igakira Umuganga w’indwara z’umubiri, akaba n’umuyobozi wa MBC Hospital, Dr.
2
0.38
kin_train_00390
kin
Uzwi cyane ni Chloroquine, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ukaba Umuryango mpuzamahanga ushinzwe iby’ubuzima wamaze guhagarika ubushakashatsi bwakorwaga kuri uwo muti.
RBC ku bufatanye n’Umuryango Ihorere Munyarwanda (IMRO) n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima bw’Imyororokere (UNFPA), yizihije umunsi mpuzamahanga wahariwe kuboneza urubyaro.
2
0.41
kin_train_00391
kin
Ubu u Rwanda ruri ku mwanya wa gatandatu mu kwitabira ibikorwa byo kigarura amahoro ku isi aho rwohereza ingabo n'abapolisi, ingabo nyinshi ziri muri UNAMID.
Nyuma yo gutsindwa, u Rwanda ruri ku mwanya wa gatandatu mu makipe umunani.
2
0.34
kin_train_00392
kin
Mu Kinyarwanda igitero cy’imigogo byari nko kuvuga igitero cy’ibitero:igitero cyari kigamije kwihorera kubera ibitero bya Ntare V Rugingiza rwa Migereka wanyaze inyambo za Rwabugili.
Iki gitero cyari kigamije cyane cyane kwihorera no kugaruza inyambo zari zanyazwe ku ngufu na Ntare V Rugingiza rwa Migereka wa Ankole.
2
0.57
kin_train_00393
kin
Irinde kurya ibiryo birimo ibinure byinshi kuko bituma umubiri ucika intege ugatangira kunanirwa ahubwo reba ubundi buryo wabiteka udakoresheje amavuta mesnhi cyangwa ukarya ibitogosheje.
Soma hano inama zagufasha kureka itabi  Irinde kurya kenshi ibiryo bitunganyirizwa mu nganda n’ibirimo amavuta menshi kuko bibangamira umwijima.
2
0.44
kin_train_00394
kin
Gusa muri aya mazu hari ayakoreshwa n'andi adakoreshwa bitewe n'uko yubatswe ariko akabura abayabamo bitewe n'uko abarimu bakayabayemo bose baturiye ibigo.
Gusa ibi bifatwa na bamwe nk'igihombo kuri Leta bitewe n'uko aya mazu yatwaye amafaranga menshi yubakwa, ariko akaba ari aho apfa ubusa nta cyo akoreshwa.
2
0.69
kin_train_00395
kin
Gusa, avuga ko hari imibare yerekana ko abantu bakingiwe bashobora kwandura Covid nanone ndetse bakayanduza abandi, bityo ashimangira ko guhana intera no kwambara udupfukamunwa bigikenewe.
Avuga ko aho iki gikorwa kizabera atahatangaza ubu kuko hazamenyeshwa abiyandikishije gusa, ngo hari umubare ntarengwa ndetse abantu barenga 80% bamaze kwiyandikisha.
2
0.34
kin_train_00396
kin
Idrissa, izina ry'umuntu unezezwa no kwirebera ibyaremwe Yanditswe kuya 1-07-2016 saa 07:20' na IGIHE Idrissa ni izina rihabwa umwana w'umuhungu.
Jerome izina ry'umuntu bigoye gusobanukirwa Yanditswe kuya 4-08-2016 saa 07:39' na IGIHE Jerome ni izina rifite inkomoko mu Kigereki risobanura ‘izina ritagatifu cyangwa igihangange.
2
0.28
kin_train_00397
kin
Umuyobozi w’ihuriro ry’ababyaza mu Rwanda, Josephine Murekezi, avuga ko kugeza ubu ababyaza bakiri bake ugereranyije n’abakenewe nk’uko biteganywa.
Josephine Murekezi, umuyobozi w’ihuriro ry’ababyaza mu Rwanda Ababyeyi batwite baboneyeho kwipimisha MENYA UMWANDITSI Jean Claude Munyantore Umunyamakuru wa Kigali Today/KT Radio MunyantoreC PROMOTED STORIES
2
0.53
kin_train_00398
kin
Peace Plaza’ bigamije kubungabunga ubuzima bw’abayikoreramo - Ubuyobozi Ibisobanuro ku bibasirwa na Covid-19 biboneka mu mibereho y’abaturage mu gace runaka - Dr.
Ubuyobozi Ibisobanuro ku bibasirwa na Covid-19 biboneka mu mibereho y’abaturage mu gace runaka - Dr.
2
0.38
kin_train_00399
kin
Yagize ati “Byaradushimishije cyane kuko abana bari bafite inyota yo kumenya uko amasomo biga ashyira mu bikorwa n’uburyo abakozi b’Ikigo cya Inoventyk bakora.
Yang Wenhui, uyoboye iryo tsinda yagize ati: “Ibyo bizorohereza cyane cyane abakozi b’Abanyarwanda kuko usanga akenshi bafite amikoro make”.
2
0.38
kin_train_00400
kin
Uyu mugabo ambwira ko yumva yareka uwo mugore akansaga tugakomeza umushinga wacu ariko afite ubwoba ko umuryango w’ umukobwa wamugirira nabi.’
Abishatse yareka uwo mugore, niba koko afite ubwoba ko uwo muryango wamugirira nabi yabimenyesha polisi akabibwira umugore we n’ umuryango w’ umugore.
2
0.56
kin_train_00401
kin
Abadozi b'I Kigali ngo babangamiwe n'abakobwa babasaba kubapima bambaye ubusa.
Abakora umwuga w'ubudozi bw'imyenda mu mujyi wa Kigali baravuga ko babangamiwe n'umuco wadukanywe n'abakobwa babasaba ko babapima bambaye ubusa.
2
0.88
kin_train_00402
kin
Perezida wa Radiyo Mariya ku rwego rwa Afurika, Kayihura Jean Paul, yavuze ko izafasha kumenyekanisha no ubutumwa bwiza bwa Bikira Mariya ku Isi hose.
Ati “Ije kunganira Radiyo Mariya Rwanda mu buryo bwihariye mu kumenyekanisha ubutumwa bwiza Bikira Mariya yatangiye i Kibeho ubwo yabonekeraga abakobwa batatu.”
2
0.66
kin_train_00403
kin
Mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubushakashatsi n’Iterambere mu byerekeye Inganda (NIRDA) Bwana NZEYIMANA Célestin: Umuyobozi w’Ishami rishinzwe ikoranabuhanga; Bwana MUNYAZIBONEYE Emmanuel: Umuyobozi w’Ishami rishinzwe ubuyobozi n’imari.
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kurwanya Sida mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), Dr.
2
0.31
kin_train_00404
kin
Chandra wirinze kugira byinshi atangariza itangazamakuru, we yashimye Polisi y’u Rwanda bitewe n’uburyo yahise imusubiza amafaranga ye mu gihe gito.
Chandra Kumar uyobora Waheguru Travels Ltd ashyikirizwa amafaranga yari yibwe Chandra Kumar yashimye Polisi y’u Rwanda uburyo yahise imusubiza amafaranga ye mu gihe gito.
2
0.97
kin_train_00405
kin
Vertu Signature Cobra Vertu Signature Cobra nayo n'indi telefoni iza mu mubare w'izihenze cyane ku isi kuko igura 243,777,800 z'amafaranga y'u Rwanda ($310,000).
Diamond Crypto Smartphone Diamond Crypto Smartphone nayo n'indi telefoni iza ku rutonde rw'izihenze ku isi aho igura 1,022,294,000 z'amanyarwanda ($3 million).
2
0.19
kin_train_00406
kin
» Pasiteri w’umunyamerika Rick Warren yavuze ko ubumwe n’ubwiyunge byaranze abanyarwanda nyuma ya Jenoside ari igitego cy’umutwe u Rwanda rwatsinze amahanga.
Iki gitabo kigaragaza u Rwanda rwo mu cyerekezo cy'iterambere, ubumwe n'ubwiyunge, ibiganiro byubaka Igihugu ndetse n'ibindi, byose bigaragara nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
2
0.78
kin_train_00407
kin
Uyu wafashwe avuga ko aya mafaranga nawe yari yayahawe n'umushyitsi we wari wamusuye, ariko akaba we yarahise atoroka.
Uyu mugabo avuga ko nawe aya mafaranga yari yayahawe n'uwo baguze inka, ariko akaba atari yamenye ko harimo amahimbano.
2
0.47
kin_train_00408
kin
Ingingo y'191 yo mu gitabo cy'amategeko ahana y'u Rwanda ivuga ko, umuntu wese usambanyije umwana, ahanishwa igifungo cya burundu y'umwihariko.
Ingingo ya 140 mu gitabo cy'amategeko ahana y'u Rwanda agena igihano cy'igifungo cya burundu ku muntu cyangwa abantu bakoze ubwicanyi ku bushake.
2
0.5
kin_train_00409
kin
Joseph Nkurunziza umuyobozi wa Never again Rwanda yadusubije ku kibazo bamwe bashobora kwibaza ku mwana wavutse nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi ubasha kwandika ibyabaye.
Ubuholandi ni kimwe mu bihugu byafashije u Rwanda nyuma gato ya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 kugeza n'ubu.
2
0.36
kin_train_00410
kin
Buri wese agira urugero rwe rw’ubushake ntawe unganya n’undi!
Muri rusange inyigo zagaragaje ko nta rugero runaka rw’ubushake umuntu muzima yakabaye afite, ahubwo buri wese agira urugero rwe rushobora kwiyongera cyangwa rukagabanyuka bitewe n’impamvu.
2
0.78
kin_train_00411
kin
Ibikundanye birajyana, Kanjogera n'umuhungu we Musinga Umugabekazi Kanjogera yabonye ingoma ebyiri atanyoye
Abavoma amazi y'umugisha i Kibeho baba ari benshi Ahavubutse isoko y'amazi y'umugisha akiza benshi indwara zitandukanye
2
0.22
kin_train_00412
kin
Emilienne, izina ry’umukobwa uzi gukotana Emilienne ni izina rihabwa abana b’abakobwa rifite inkomoko ku ijambo ry’Ikilatini “Emulus” bivuga kwigana.
Alvin, izina ry'umuntu uzi kwihagararaho Alvin ni izina rihabwa umwana w'umuhungu, rifite inkomoko mu Kidage rikaba risobanura "uwiyubashye".
2
0.31
kin_train_00413
kin
Perezida wa Rayon Sports yashimiye SKOL ako gahimbazamusyi bageneye ikipe ariko na we avuga ko kadakuraho ako ikipe isanzwe igenera abakinnyi.
Perezida w’ikipe ya Rayon Sports yashimiye uruganda rwa Skol ku nkunga bakomeje gutera ikipe yabo.
2
0.88
kin_train_00414
kin
Minisitiri Dr Ngamije yavuze ko uwo muti ufasha mu kugabanya ubukana bwa Covid-19 “kugira ngo turebe ko twagabanya impfu.”
Minisitiri Dr Ngamije yavuze ko mu minsi ibiri u Rwanda rurakira umuti uherutse gusohoka ugabanya ubukana bwa Coronavirus
2
0.81
kin_train_00415
kin
Ibikomere Pasiteri Jean-Désiré wo muri Zion Temple yatewe na bagenzi be (Video) Ubishatse wamwita Mvuyekure!
Pasiteri Jean-Désiré wo muri Zion Temple yavuze ku bikomere yatewe na bagenzi be mu murimo w'Imana IGIHE: Waje kwakira agakiza gute?
2
0.91
kin_train_00416
kin
Iri zina rikunzwe cyane muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika dore ko rimaze imyaka ine yikurikiranya riza mu ya mbere akunzwe muri iki gihugu cy’igihangange.
Mu buzima bwe, Perezida Kagame yabaye imyaka myinshi mu bihugu birimo Uganda ndetse na Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho bakoreshaga icyongereza mu kigwi cy'Ikinyarwanda.
2
0.25
kin_train_00417
kin
Hehe na manyeto na kasete video; uruganda rwa nyuma ku isi rwabikoraga rwabihagaritse Yanditswe kuya 24-07-2016 saa 14:15' na Kayonga J. ​
Uwanditse igitabo kitavugwaho rumwe yise "Uzababwire ko uri Umuhutukazi" yahawe igihembo Yanditswe kuya 11-03-2013 saa 07:33' na Kayonga J.
2
0.22
kin_train_00418
kin
Dr Bikorimana Ferdinand, Umuyobozi w’agashami gashinzwe ubuzima bw’umwana n’umubyeyi muri Minisante, anagira inama urubyiruko yo kwirinda gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye.
Dr Bikorimana avuga ko kuboneza urubyaro no kwirinda imibonano mpuzabitsina idakingiye byagabanya ubwiyongere bw'abaturage Abashakanye barasabwa gukoresha uburyo burambye bwo kuboneza urubyaro [email protected]
2
0.72
kin_train_00419
kin
Joe Biden niwe mukandida uhabwa amahirwe yose yo guhangana na Perezida Donald Trump uhagarariye aba-républicains.
Iyi kompanyi y’ikoranabuhanga ikomeza ivuga ko amatsinda y’ibikorwa byo Perezida Donald Trump n’umudemokarate Joe Biden yombi arimo kugerwa amajanja n’aba ’hackers’.
2
0.56
kin_train_00420
kin
Umuyobozi wa Children and Youth Sports Organization, Mukasa Nelson, yavuze ko bashaka gukangurira abagore batwite kwita kuri siporo kuko abenshi bahora bicaye banagenda bakifashisha ibinyabiziga.
Umuyobozi wa Children and Youth Sports Organization, Mukasa Nelson ni we uyobora abitabira siporo rusange mu bijyanye n'imyitozo
2
0.81
kin_train_00421
kin
Icyo gihe agahimbazamusyi baragahawe berekeza i Kirehe gukina umukino banawutwariraho igikombe, nyuma yo gutsinda Kirehe FC ibitego bine ku busa (4-0).
Umukino Rayon Sports yagombaga gukina na Kirehe ufungura shampiyona warasubitswe nyuma y'uko Rayon Sports igiye I Kirehe bagasanga nta basifuzi bahari ihitamo kwigarukira.
2
0.28
kin_train_00422
kin
Ariko se uramutse ufite umugabo cyangwa umugore utazi kugushimisha mu buriri ariko ugukunda nk'uko ubishaka wamurambaho cyangwa wamuziza icyo?
• Ushobora gushaka umugore cyangwa umugabo ufite famille(umuryango we) mbi ariko ibyo ntibyagakwiye kuba impamvu yo gusenya urugo rwanyu.
2
0.28
kin_train_00423
kin
Muri Gahunda z'icyerekezo 2020, u Rwanda rugomba kuba rumaze kugera ku gutanga serivisi nziza, guhanga umurimo no guteza imbere imyubakire y'imijyi minini n'iciriritse.
Politiki y’abajyanama b’ubuzima yafashije u Rwanda kugera ku ntego zo guteza imbere ubuzima kuko ubu bavura 80% by’indwara.
2
0.28
kin_train_00424
kin
Ambasaderi w'u Bubiligi mu Rwanda, Pauwels Arnout, yavuze ko bishimiye kuba babashije kugira uruhare mu bikorwa bizanira iterambere u Rwanda.
Ambasaderi w'u Bubiligi mu Rwanda, Pauwels Arnout na Minisitiri w'Imari n'Igengamigambi, Amb.
2
0.69
kin_train_00425
kin
Icyo gisasu kigiturika cyahise gihitana abantu babiri undi nawe aza kwitaba Imana nyuma, mu gihe abandi batandatu bakomeretse bikomeye bahise bagezwa mu bitaro bya Kigali.
Mu Rwanda hamaze kugaragara abantu 431 banduye Coronavirus, mu gihe babiri aribo bamaze kwitaba Imana bazize iki cyorezo naho 283 bakaba barakize.
2
0.25
kin_train_00426
kin
Ingaruka mbi zo kwambara inkweto ndende igihe kirekire Abagore n’abakobwa benshi bakunda kwambara inkweto ndende, bamwe muri bo bakazambara umwanya munini.
Ubushakashyatsi bwerekanye ko abagore n’abakobwa bakunze kwambara inkweto ndende umwanya munini bibangiriza amagufwa agize ikirenge.
2
0.81
kin_train_00427
kin
Prof Shyaka yanabaye Umuyobozi w’Ikigo gishinzwe gukemura amakimbirane, Center for Conflict Management (CCM) muri Kaminuza y’u Rwanda.
Twahirwa yabaye umuyobozi wa National University Center of Arts and Drama (UCAD), ikigo cyitaga ku buhanzi, ubugeni n’amakinamico muri Kaminuza y’u Rwanda.
2
0.16
kin_train_00428
kin
I&M igishyirwa ku isoko ry’imari n’imigabane ry’u Rwanda, umwe waguraga amafaranga 100, gusa nyuma y’amasaha make wahise ugera ku
Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya I&M Bank Rwanda, Bill Irwin, yavuze ko kuba binjiye ku isoko ry’imari n’imigabane bizongera ugukorera mu mucyo no kumenyekana cyane.
2
0.78
kin_train_00429
kin
Ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, RwandAir yatangaje ko urugendo rwa mbere rugana i Tel Aviv rutegerejwe mu ijoro rishyira ku wa Kabiri.
Urugendo rugana i Tel Aviv ruteganyijwe mu ijoro ahagana saa sita n’igice ku isaha ya Kigali.’’
2
0.69
kin_train_00430
kin
Inkomoko y’insigamigani “ Ingwize yishe Ntango” Uyu mugani bawuca iyo babonye umuntu ukunda kugira umururumba aririmira utw’abandi, ntanyurwe n’ibye bwite bona n’iyo byaba byamusagiranye.
Bawuca iyo babonye umuntu ugira umururumba ,ntanyurwe n’ibye ,kabone nubwo byaba byaramusagiranye.
2
0.94
kin_train_00431
kin
Ese Bruce Melody yaba ari we ntandaro yo kubura kwa Christopher mu muziki?
Abagereranya aba bahanzi bombi Bruce Melody na Christopher aha niho bahera bemeza ko yaba ari yo ntandaro yo gusezerera umuziki bucece.
2
0.75
kin_train_00432
kin
Umuyobozi Wungirije w'Umujyi wa Kigali ushinzwe Ubukungu n'Iterambere, Busabizwa Parfait, yavuze ko kurwanya Jenoside biba byiza bihereye mu muryango.
Aya marushanwa yatangirijwe mu Karere ka Kicukiro kuri sitade ya Kicukiro atangizwa n'umuyobozi w'umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe Ubukungu Busabizwa Parfait.
2
0.41
kin_train_00433
kin
Egypt Dushimimana yahise yakirwa n'abanyarwanda baba i Dubai Dushimimana ari kumwe na Mohammed Bin Rashid
Gaga uyobora RSwitch, avuga ko bagamije gufasha leta n'abanyarwanda kugera ku ntego yo kwimakaza ikoranabuhanga muri serivise z'imari
2
0.19
kin_train_00434
kin
Abakinnyi nka Mousa Camara, Kwizera Pierrot, Nshuti Savio na Manishimwe Djabel bakomeje gusatira cyane izamu rya Bugesera ariko amahirwe yo kubona igitego akomeza kubura.
Savio Nshuti niwe watsinze igitego cy'Amavubi Myugariro w'Amavubi, Nsabimana Aimable ashaka kuzibira abakinnyi ba Tanzania bashakaga gusatira izamu ry'u Rwanda
2
0.47
kin_train_00435
kin
Rayon Sports ikomeje imyitozo itarimo abakinnyi 6 bari mu ikipe y’igihugu yitegura umukino wo gushaka itike ya CHAN u Rwanda rugomba gukina na Ethiopia.
Mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda kuri uyu wa Gatanu, Munyakazi yavuze ko Rayon Sports imaze gusinyisha abakinnyi batanu mu gihe ikomeje ibiganiro n’abandi babiri.
2
0.34
kin_train_00436
kin
Nemeye Platini anavuga ko yaganiriye n’uyu mukobwa kubijyanye n’ubuzima busanzwe, asanga anafite amatsiko ku buzima bw’umuziki byatumye yumva ko ari mu murongo w’uyu mukobwa.
Platini avuga ko mbere yo kubwira uyu mukobwa ko yamukunze, yamwinjije mu buzima bw’umuziki kugira ngo ibyo azajya yumva ajye amenya ko harimo ukuru n’ibinyoma.
2
0.56
kin_train_00437
kin
U Rwanda rwatangiye bwa kabiri, kuwa 1 Nyakanga 2014, kuyobora Akanama k’Umutekano ka Loni.
Yagize ati “U Rwanda ruzayobora bwa kabiri Akanama k’Umutekano k’Umuryango w’Abibumbye muri Nyakanga
2
0.66
kin_train_00438
kin
Abasimbuwe bageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali mu ijoro ryo ku wa mbere saa tanu, baje bayobowe na Senior Superintendent of Police(SSP) Alphonse Ngabonziza.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu nibwo yasesekaye ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali, yakirwa na Patient Bizimana wamutumiye.
2
0.28
kin_train_00439
kin
Ibirori byo kumushinga iyi Arkidiyosezi ku mugaragaro byabereye kuri Stade Amahoro ku wa 27 Mutarama
Musenyeri Kambanda yahawe kuyobora Arkidiyosezi ya Kigali mu 2019 Musenyeri Kambanda aramutsa abakirisitu muri Stade Amahoro ku wa 27 Mutarama 2019
2
0.81
kin_train_00440
kin
Rayon Sports yakinnye uyu mukino idafite myugariro Rutanga Eric wari ufite ikibazo cy’Uburwayi ndetse na Irambona Eric utarahabwa amasezerano byatumye Nyandwi Saddam ariwe bahahengeka.
Rayon Sports yashakaga kumukuramo nyuma ya myugariro wo ku ruhande Rutanga Eric yamaze kuvanamo.
2
0.69
kin_train_00441
kin
Kugeza ubu, abapadiri n’abandi banyamadini bashyigikira ubutinganyi biganje muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada n’u Burayi.
EAC igiye guhagarika caguwa yavaga mu bihugu bikomeye nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Ubwongereza, Canada n’ahandi.
2
0.19
kin_train_00442
kin
Indirimbo ‘Pango’ yatunganyijwe mu buryo bw’amajwi na Element muri Country Record mu gihe amashusho yayo yakozwe na Bob Chris Raheem.
Iyi ndirimbo mu buryo bw’amajwi yakozwe inatunganywa na Camarade mu gihe amashusho yayo yo yafashwe akanatunganywa na Eliel Sando.
2
0.31
kin_train_00443
kin
Leta Zunze Ubumwe za Amerika nicyo gihugu gikomeje kwibasirwa cyane kuko gifite abantu 037 bapfuye na 309 banduye.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeje kwibasirwa na Coronavirus cyane
2
0.66
kin_train_00444
kin
Ni umuhango wabereye muri Marriot Hotel guhera ku isaha ya saa kumini n’ebyiri z’umugoroba.
Ni igitaramo giteganyijwe taliki 18 Ugushyingo 2018 muri Kigali Serena Hotel guhera saa Kumi n’ebyiri z’umugoroba.
2
0.28
kin_train_00445
kin
Muri Rutsiro, sosiyete ya NRD ifite ubuso yemerewe gucukuraho bungana na hegitari ibihumbi
Mu Burengerazuba hose (Karongi, Rutsiro na Ngororero) NRD ihafite ubuso bungana na hegitari ibihumbi
2
0.78
kin_train_00446
kin
Leta Zunze Ubumwe za Amerika nazo zari zatumiwe ariko zanga kwitabira kuko nta nyungu nyinshi zabonaga muri Afurika.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika nizo zikomeje kugira abantu benshi banduye kuko ubu 987 322 mu gihe hapfuye 55
2
0.28
kin_train_00447
kin
Agira ati “Najyaga mu murima nta mutima mfite kuko nabaga namusize ku baturanyi nkagenda mpangayitse kandi namujyana simbashe gukora neza kuko buri kanya yabaga arira.
Ayo mafaranga yose yagendaga mu nzoga no mu bakobwa, kuko buri munsi nabaga mfite nk’umukobwa umwe iwanjye kandi ntabwo yagenderagaho, yararyaga, yaranywaga.
2
0.25
kin_train_00448
kin
Abana b’abakobwa bamwe uzasanga bisabira kwambara isutiye mu gihe hari abandi batayishaka ndetse batanumva n’impamvu yo kuyambara.
Agira ati “Bamwe mu bana b’abakobwa bari barihebye bafashijwe kubona imirimo, abandi bashobora gusubira mu buzima busanzwe mu miryango yabo, ndetse hari n’abasubiye mu ishuri.
2
0.5
kin_train_00449
kin
Amavubi yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali ku gicamutsi cyo kuri uyu wa Mbere, yakiranwa akanyamuneza n’abafana bari babukereye nubwo batari benshi cyane.
Lwaga yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’indege cya Kigali i Kanombe ahagana saa kumi n’ebyiri z’igitondo.
2
0.34
kin_train_00450
kin
Iki gikorwa kiri no gukorerwa muri Car Free Zone mu Karere ka Nyarugenge guhera tariki 23 Gicurasi
Iki gikorwa cyaguriye amarembo ahari icyicaro cy'ikigo cy'igihugu gishinzwe kwinjiza imisoro n'amahoro (RRA), guhera kuri uyu wa Kane tariki 26 Gicurasi
2
0.41
kin_train_00451
kin
Ubu bwegure bwakiriwe na Perezida w'Umuryango Rayon Sports Ngarambe Charles washimiye Ntampaka Theogene ndetse avuga ko amaze impaka zari zimaze iminsi ziriho.
Kimenya Vedaste, umuyobozi w'umuryango wa Rayon Sports avuga ko ibiganiro bagiranye na TIT Africa ndetse n'igeragezwa bakoze ari byo byatumye bizera ko uyu mushinga uzasohora.
2
0.41
kin_train_00452
kin
Kuri uyu wa Gatanu kandi, mu Rwanda abantu 13 bakize COVID-19, haboneka abarwayi bashya
Minisiteri y’Ubuzima kandi yatangaje ko kuri uyu wa Kane mu Rwanda abantu 7 bakize icyorezo cya COVID-19, mu gihe habonetse abarwayi bashya
2
0.47
kin_train_00453
kin
Mu 2009, u Rwanda ni kimwe mu bihugu byagobotse u Burundi, rubwishyurira ideni bwari bufite mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba.
U Rwanda ni kimwe mu bihugu biza mu myanya ya mbere muri Afurika no ku isi mu guteza imbere ikoranabuhanga.
2
0.16
kin_train_00454
kin
Icyo gihe Radio Rwanda yatangaje ko Koreya ya Ruguru yemeye gufasha u Rwanda mu bijyanye n’amahugurwa y’urubyiruko, kubaka inzu mberabyombi y’urubyiruko n’ibindi.
Icyo gihe Koreya ya Ruguru yavuze ko igiye kwihutisha umushinga wo kubaka ingoro y’urubyiruko no guhinga umuceri kuri hegitari 200 mu Rwanda.
2
0.53
kin_train_00455
kin
Ingingo ya mbere bashingiraho bavuga ko abagize Biro Nyobozi bananiwe gukemura ibibazo bityo bakaba bakwiye kwegura ni ibibazo biri mu Itorero rya ADEPR Uganda.
Ikindi bavuga ngo ni uko ubuyobozi bw’itorero bwananiwe gukemura ibibazo biri muri Ishami rya ADEPR i Burayi.
2
0.31