PairID
stringlengths
14
21
Language
stringclasses
9 values
Sentence1
stringlengths
2
790
Sentence2
stringlengths
6
1.37k
Length
int64
2
2
Score
float64
0
1
kin_train_00256
kin
Igihugu cya Gatanu mu kunywa agasembuye ni Namibiya aho umuturage anywa litiro 9 na santirito
Igihugu cya 9 ni Botswana aho umuturage anywa litiro 7 na santiriro 36 Abaturage 42% by'inzoga banywa ni inzoga zidapimye naho 57% zikaba byeri
2
0.38
kin_train_00257
kin
Abantu bari bitabiriye ari benshi Hagaragaye kandi Umunya-Uganda, Daniel Omara, wasekeje benshi avuga ku buzima bwo mu muryango ndetse n’uburyo ababyeyi b’abagore bakanga abana.
Boubou avuga ko mu ntangiriro byari bigoye cyane kuko nta baterankunga bari bahari ndetse abantu benshi batiyumvishaga uburyo umuziki washorwamo imari kandi ikunguka.
2
0.31
kin_train_00258
kin
Abaturarwanda kandi banasabwa gukomeza kubahiriza amabwiriza ya Leta hitabwa cyane cyane ku gukaraba intoki kenshi n’amazi n’isabune no guhana intera ya metero.
Minisiteri y’Ubuzima isaba abantu gukomeza kubahiriza amabwiriza ya Leta hitabwaho cyane cyane gukaraba intoki kenshi kandi bakaguma mu rugo.
2
0.66
kin_train_00259
kin
Hashyinguwe mu cyubahiro imibiri isaga ibihumbi bisaga 30 ariko indi ikaba itaraboneka kugira ngo nayo ishyingurwe mu cyubahiro.
Muri uyu muhango hashyinguwe mu cyubahiro imibiri umunani y'abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwibutso rwa Kamonyi ruherereye mu Kibuza, rusanzwe rushyinguwemo imibiri isaga ibihumbi
2
0.56
kin_train_00260
kin
Nelson yiteguye gukinira Rayon Sports VC muri Karedasi mbere yo kujya I Burayi.
Murangwa ngo yiteguye gukinira Rayon Sports VC mu marushanwa ya karedasi ategerejwe tariki ya 17 muri uku kwezi kwa
2
0.34
kin_train_00261
kin
Fatty yavuze ko yatunguwe no kwisanga afashwe akurikiranyweho gusambanya umwana utagejeje imyaka y’ubukure.
Ikiganiro n’umunyamakuru Kwizera Elie Fatty Umunyamakuru w'imikino Kwizera Elie Fatty yavuze uko aherutse gufungwa akurikiranyweho gusambanya umwana utagejeje imyaka y'ubukure
2
0.88
kin_train_00262
kin
Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku gipimo cya 6 % mu gihembwe cya mbere cy’uyu mwaka biturutse ku buhinzi bwagenze neza, serivisi n’ibindi.
IMF igaragaza ko ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka kuri 8 % mu mwaka wa 2019 na 8% muri
2
0.5
kin_train_00263
kin
Dr Eteni Longondo na mugenzi we w’u Rwanda Dr Diane Gashumba, barebeye hamwe ingamba ibihugu byihaye mu gukumira icyorezo cya Ebola.
Minisitiri w’Ubuzima Dr Diane Gashumba, yagaragaje ko mu karere u Rwanda ruherereyemo hakiri ikibazo cya malariya kandi ko kuyirinda bigoye ibihugu bidafatanyije.
2
0.31
kin_train_00264
kin
Ballon d’or ni igihembo bahemba umukinnyi witwaye neza kurusha abandi ku isi hose mu mupira w’amaguru, nyamara mu ntangiro zacyo si uko byari bimeze.
Umukinnyi watsinze ibitego byinshi, umunyezamu, umusifuzi, umutoza n'umufana bitwaye neza mu mwaka kurusha abandi buri wese arahabwa igihembo cya miliyoni imwe.
2
0.22
kin_train_00265
kin
Minisitiri w’ubuzima, Dr Diane Gashumba yagize ati ”Hasigaye abantu bake cyane batarenga 9% bafite izo ndwara, gusa n’abo bake ntibagombye kuba bahari.”
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Diane Gashumba Urubyiruko rwifuza ko rwahabwa amahirwe yo kujya ruhabwa imiti ibuza gusama
2
0.41
kin_train_00266
kin
Bruce Melody mbere yo guhagarika gukorana na Super Level yari yabanje kubibasaba mu nzira zubahirije amategeko barabyanga.
Bruce Melody kandi yanadutangarije ko nta wundi mujyanama (Manager) afite nyuma yo guhagarika gukorana na Super Level.
2
0.81
kin_train_00267
kin
Ubwandu bwa virusi itera SIDA mu Rwanda kuva mu mwaka wa 2005 buri kuri 3 %, abafata imiti igabanya ubukana bari kuri 82 %.
Abafata imiti igabanya ubukana bwa Virusi bangana na 6010 mu Murenge wa Gisenyi mu gihe mu Mujyi wa Gisenyi bagera ku
2
0.44
kin_train_00268
kin
NISR igaragaza ko ubu, u Rwanda rutuwe n’abaturage bagera kuri 12,089,721, bivuze ko nta gikozwe bagera muri miliyoni 39 mu
Mu 1988 u Rwanda rwari rutuwe n’abaturage miliyoni esheshatu, mu gihe mu 2020 rutuwe n’abasaga miliyoni
2
0.44
kin_train_00269
kin
Nk’uko tubikesha urubuhaga rwa Wikipedia, izina Ebola rikomoka ku mugezi wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho yagaragaye bwa mbere muri
Umuhango wo gushyira umukono kuri ayo masezerano wabereye i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa mbere tariki 29 Nyakanga
2
0.47
kin_train_00270
kin
Iyo rero ugiye kwa muganga wafashe imiti bishobora gutuma umuvuduko w’amaraso wiyongera, kandi muganga aba agomba kumenya neza impamvu y’uburwayi.
Ikindi kwari ukureba niba uwabazwe yubahiriza amabwiriza ndetse agafata neza imiti yahawe na muganga no kumenya impamvu iyo ari yose yatuma ibyo bitagerwaho uko bikwiye.
2
0.38
kin_train_00271
kin
Ikinyamakuru Ukwezi.com kimaze igihe kigerageza kuvugana na Emmanuel Asaba Katabarwa ukuriye ishami ryo gutwara abantu muri RURA ariko ntiyemeye gutanga amakuru ahagije kuri iki kibazo.
IGIHE yagerageje kuvugana na Mwarimu Mutangana Emmanuel ariko avuga ko hari inzego zishinzwe gutanga amakuru.
2
0.31
kin_train_00272
kin
Mukotanyi Innocent, ubu ni umunyeshuri muri Kaminuza y’u Rwanda, I Rukara mu ishami ry’uburezi.
Kwizerimana yashimiye ikigo cyo mu Budage cyigisha iby’uburezi budaheza EFWI cyabafashije binyuze muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami ry’uburezi.
2
0.44
kin_train_00273
kin
Uyu mwanzuro wafatiwe mu nama y’abaminisitiri yateranye mu buryo bw’ikoranabuhanga rya video conference kuri uyu wa 1 Mata 2020 iyobowe na Perezida Kagame.
Icyemezo cyo gufungura insengero ni kimwe mu byafatiwe mu Nama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro kuri uyu wa Gatatu iyobowe na Perezida Kagame.
2
0.53
kin_train_00274
kin
Umuyobozi wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Karere ka Gisagara, Gasengayire Clemence, yavuze ko bari gushaka uko bafasha uwo muryango.
Umuyobozi w'Akarere ka Ruhango wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Kambayire Annonciata, yamaganiye kure ibyakozwe n'ibi bitaro bya Kinazi avuga ko bagomba kumurekura akishyura ari hanze.
2
0.28
kin_train_00275
kin
Musanze FC niyo kipe ya mbere yari yatangaje ko ibaye ihagaritse by’agateganyo imishahara y’abakinnyi kubera icyorezo cya Coronavirus (Covid-19).
Hari nyuma y’uko iyi kipe yari imaze guhagarika imishahara y’abakinnyi kubera icyorezo cya Covid-
2
0.66
kin_train_00276
kin
Bifasha umubiri mu igogora Gutangira umunsi wawe umaze kunywa ikirahure cy’amazi bituma igogora ry’ibiryo rigenda neza.
Kunywa byibuze ikirahure cy’amazi mu gitondo byongerera umubiri wawe imbaraga.
2
0.59
kin_train_00277
kin
Bamwe mu bikorera bazize Jenoside yakorewe Abatutsi i Kirehe bashyinguwe mu Rwibutso rwa Jenoside rwa Nyakarambi ahari imibiri isaga ibihumbi
Indi ine ni iy'abaguye mu Karere ka Nyaruguru, ikaba yarazanywe mu Rwibutso rw'i Karama, ahashyinguye bene wabo na bo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu
2
0.47
kin_train_00278
kin
Ku wa 23 Gashyantare 2020, nibwo Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho itsinda ryihariye rihuriweho na za Minisiteri zitandukanye ziyobowe na Minisiteri y’Ubuzima.
Tariki 14 Werurwe 2020, nibwo Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho ingamba zirimo gufunga ibikorwa bimwe na bimwe hagamije kurinda ikwirakwira ry’iki cyorezo.
2
0.44
kin_train_00279
kin
Muri iyi nkuru rero tugiye kureba impamvu zishobora gutera umugore kumva adashaka gukora imibonano mpuzabitsina n’uwo bashakanye ndetse turebe n’ubufasha ku bafite iki kibazo.
Ibibazo bishingiye ku mibanire Abashakanye bashobora kuba batabanye neza,wenda bafitanye amakimbirane, ndetse n’intonganya zidashira ibi rero bituma umugore yumva adashaka gukora gukora imibonano mpuzabitsina.
2
0.5
kin_train_00280
kin
Agira ati "Twifatanya n’imiryango y’abari abakozi ba BPR bazize Jenoside, tukanafasha abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse no gusigasira ibimenyetso bigaragaza amateka ya Jenoside."
Ibi babivuze ubwo basuraga urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi, birebera ndetse banasobanurirwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu
2
0.69
kin_train_00281
kin
Sosiyete ya Tigo Rwanda niyo yungutse abantu bashya benshi b bagera ku 52,896 bigatuma muri rusange igira abafatabuguzi miliyoni 3,163,
MTN Rwanda yungutse 44,426, igira abafatabuguzi miliyoni 4,033,355 bavuye kuri miliyoni 3,988,929 muri Kamena.
2
0.38
kin_train_00282
kin
Wari uzi ko hari imiti y’umwimerere yafasha abantu bafite ibibazo byo gusinzira ?
Source: National Sleep Foundation’s Sleep Duration Recommendations Wari uzi ko hari imiti y’umwimerere yafasha abantu bafite ibibazo byo gusinzira ?
2
0.81
kin_train_00283
kin
Ikindi kandi icyo kiguzi cy’utumashini kiyongera ku buvuzi bwa buri kwezi kiri hagati y’amafanga y’u Rwanda ibihumbi makumyabiri na mirongo itatu (000 na
Yatanze urugero ko u Rwanda rwashoboye kwiyubaka mu mutekano,rubikesha icyizere kiri hagati y’abanyagihugu kandi hakanakorwa ibiteza imbere buri muturage kandi buri wese akabyibonamo.
2
0.31
kin_train_00284
kin
Mu Karere u Rwanda ruherereyemo, Kenya niyo iza ku mwanya wa mbere mu kugira abarwayi benshi, dore ko babarirwa mu bihumbi 88 n’abapfuye barenga
Mu itsinda rya munani H u Rwanda ruherereyemo, Guinée-Conakry niyo ku mwanya wa mbere n’amanota atandatu, Côte d’Ivoire iri ku wa kabiri n’amanota
2
0.28
kin_train_00285
kin
Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus yavuze ko icyorezo cy’ibicurane cyiswe ’Spanish flu’ cyo mu mwaka wa 1918 cyatwaye imyaka ibiri ngo kirangire.
Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus, yavuze ko yizeye ko icyorezo cya Coronavirus kizaba cyarangiye mu myaka itageze kuri ibiri
2
0.41
kin_train_00286
kin
Rayon Sports iri kwitegura Sunrise FC bagomba guhura kuri uyu wa Gatanu tariki 1 Werurwe 2019 kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo.
Uyu mukino wabereye kuri Stade Amahoro I Remera kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Ukuboza 2018, warangiye APR FC itsinze Rayon Sports ibitego 2-
2
0.22
kin_train_00287
kin
Bayasese Bernard, umukozi wa FVA Byatangarijwe mu kiganiro umuryango FVA n’imiryango bakorana bagiranye n’abanyamakuru kuwa gatanu 28 Kamena
Icyo cyumweru cyatangijwe kuri uyu wa mbere 24 Kamena 2019, bukazarangira kuwa gatanu 28 Kamena
2
0.38
kin_train_00288
kin
Yagize ati:"Kuba umubare waragabanutse si ukuvuga ko hari abanyeshuri bataye ishuri, nubwo nta bushakashatsi twakoze ariko hari impamvu nyamukuru zaba zarabiteye."
Nubwo urutonde ari rurerure, ariko impamvu nyamukuru ni izituruka ku zindi ndwara umuntu aba yararwaye zaba ari izandura cyangwa izitandura, maze bikaviramo impyiko kwangirika.
2
0.36
kin_train_00289
kin
Abaturage bagiye kuzimya basanze ku nzu hari mazutu kandi abamufashe basanga ayinukaho, mu gihe yari yasabye urusa rwo kujya kuryama kubera ko arwaye."
Gukora imikino:Aha niho Papa yasabye ababyeyi kujya bashaka umwanya wo gukina n'abana babo , kandi bakagerageza kuzimya televiziyo igihe bagiye gufata amafunguro.
2
0.28
kin_train_00290
kin
MTN yatangije uburyo bwo kwamamariza abantu Ni ubutumwa bugufi bubageraho bakamenya ibikorwa n’abantu cyangwa amasosiyete atandukanye nta kiguzi abo bakoresha MTN bishyuye.
Ni uburyo bukora urugero nk’iyo ugiye gutangira guhamagara umuntu cyangwa umaze kwitaba umuntu uhita ubona ubutumwa bugufi buje bukakubwira ibintu bitandukanye abantu bamamaza.”
2
0.59
kin_train_00291
kin
Inkuru iza ku mwanya wa gatatu ifite umutwe ugira uti "Namubonye rimwe, mutegereza imyaka irindwi".
Ku wa 28 Nzeri ikinyamakuru cya Guverinoma ya Uganda The New Vision, cyatangaje inkuru yari ifite umutwe ugira uti “Besigye na Kagame bahuriye muri USA.”
2
0.28
kin_train_00292
kin
Vuba aha hari n’umupasiteri uherutse kwihanukira atangaza ko ashobora kuzura abapfuye akabahamagara ari mu rusengero bakamwitaba, bakava mu buruhukiro bw’ibitaro mu Mujyi wa Kigali bakamusanga.
Kuri abo hiyongeraho Pasiteri Rugagi wo mu Rwanda uvuga ko azahamagara uwapfuye mu buruhukiro bw’ibitaro mu Mujyi wa Kigali akamusanga mu rusengero ari muzima.
2
0.72
kin_train_00293
kin
Umwaka wa 1910-1912, wakozwemo ibikorwa byo kugabanya ubuso bw’u Rwanda, ntabwo bizibagirana mu mateka y’urugamba rwo kubohora u Rwanda.
Ntabwo bizibagirana mu mateka y’urugamba rwo kubohora u Rwanda.
2
0.41
kin_train_00294
kin
Nyuma y’ibiganiro byo kumvikanisha impande zombi, Rayon Sports yemeye kwishyura ibihumbi 500 Frw by’indezo bitarenze uyu mwaka wa
Rayon Sports yasubijwe imodoka tariki ya 9 Kanama uwo mwaka nyuma y’ibiganiro byahuje impande zombi.
2
0.53
kin_train_00295
kin
Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.
Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka.Ni ugutekereza nabi cyane.
2
0.72
kin_train_00296
kin
Bishop Margret Rwandamura washimiwe ko yagize uruhare rukomeye mu ivugabutumwa ryo kuri radiyo yatangarije IGIHE ko guhembwa bigaragaza ko hari abazirikana ibyo bakora.
Bishop Margret Rwandamura umaze imyaka isaga icumi avuga ubutumwa kuri radiyo yavuze ko hari inzitizi ahura na zo ariko Imana imufasha muri byose.
2
0.78
kin_train_00297
kin
Abatoni Betty ,ushinzwe guhuza inzego z'abikorera mu rwego rw'igihugu, yashimye abikorera mu Karere ka Kirehe batekereje kwibuka abikorera bazize Jenoside.
Yashimye abikorera batekereje igikorwa cyo kwibuka abacuruzi bazize Jenoside bakaremera n'imfubyi n'abapfakazi barokotse.
2
0.47
kin_train_00298
kin
Igice cya mbere cy'uyu mukino Police FC yarushije bigaragara ikipe ya Musanze byanatumye umukino ugitangira Songa Isaie bakuye muri AS Kigali atsinda igitego cya mbere.
Umukino wabimburiye indi wahuje AS Kigali yanganyije na Etincelles FC 1-1 mu mukino wa wabereye kuri Stade Amahoro i Remera.
2
0.25
kin_train_00299
kin
Mushikiwabo yavuze ko mu myaka 27 ishize, azirikana imiryango y’ababuze ababo muri Jenoside yakorewe Abatutsi kuko bibuka ibyaye nk’ibyabaye ejo.
Mu myaka ibiri ishize mu karere ka Muhanga hamaze kubakirwa imiryango itishoboye y'abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi igera ku
2
0.41
kin_train_00300
kin
Iri tsinda ryaririmbye indirimbo ziganjemo inshya zizasohoka kuri album nshya n’izamenyekanye hambere zatumye rikundwa cyane.Indirimbo zaryo zasozwaga rihita rihabwa amashyi menshi nk’ikimenyetso kigaragaza kunyurwa kuzuye.
Iri tsinda ryaririmbye indirimbo zaryo zakunzwe hambere zirimo “Ibiriho”, “Tumebalikiwa” n’izindi.
2
0.5
kin_train_00301
kin
Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, yabwiye IGIHE ko uwo muntu wagaragaweho Coronavirus, ari umushoferi wari uturutse hanze y’u Rwanda.
Umuyobozi wa RBC, Dr Sabin Nsanzimana, yabwiye RBA ko kurya indimu nyinshi na tangawizi nyinshi ahubwo bishobora kugira izindi ngaruka mbi.
2
0.47
kin_train_00302
kin
Barimo Niyonshuti Adrien [washinze ikipe ye], Uwizeyimana Jean Claude, Areruya Joseph na Ndayisenga Valens [wahagaritse gukina] bazamuye ibendera ry’u Rwanda.
Mu Banyarwanda bane batwaye Tour du Rwanda, iyi kipe ifitemo babiri barimo Ndayisenga Valens wayegukanye inshuro ebyiri (2014 & 2016) na Areruya Joseph mu
2
0.59
kin_train_00303
kin
Yagize “Kubika amakuru mu gihugu hari byinshi byafasha, urugero mu minsi ishize benshi barabibonye ko Whatsapp na Skype byavuyeho kubera iki?
Yagize ati “Muri iyi minsi abantu benshi bajya kubitsa amakuru yabo y’ikoranabuhanga hanze y’igihugu kubera ibyerekeranye n’amafaranga.
2
0.5
kin_train_00304
kin
Umurambo we bawusanze mu musarani uherereye hepfo y'inzu yari acumbitsemo inyuma y'urugo rw'umuturage.
Mu kigo ngo bakomeje gutegereza ko azagaruka baraheba, noneho nyuma biza kugaragara ko yatawe mu musarani washaje utagikoreshwa uherereye inyuma y'urugo rw'umuturage.
2
0.75
kin_train_00305
kin
Gafotozi Amanda Dowdall nyuma y’ amasaha 24 abyaye yahise atangira kongera gutera akabariro n’ umugabo we Mike w’ imyaka
Lungu w’ imyaka 32 avuga ko yari amaze imyaka 7 abana n’ umugabo we bishimanye cyane ku buryo bateraga akabariro 2 ku munsi.
2
0.34
kin_train_00306
kin
Muzungu Gerald umuyobozi w’akarere ka Kirehe yemeza ko iki cyemezo kitareba abubaka amazu y’ubucuruzi kuko yo agomba kubakishwa ibikoresho bikomeye.
Muzungu Gerald umuyobozi w’akarere ka Kirehe kandi yavuze ko abaturage bo mu mirenge yegereye ikibaya cy’umugezi w’akagera bemerewe guhinga amasaka kuko yihanganira izuba.
2
0.66
kin_train_00307
kin
Manzi Thierry kapiteni wa Rayon Sports na we yavuze ko abakinnyi biteguye neza nubwo hari bagenzi babo batagihari.
Kwizera Pierrot wari Kapiteni wa Rayon Sports mu Burundi we yavuze ko yishimiye kuba baritwaye neza bagakora icyari cyabajyanye.
2
0.19
kin_train_00308
kin
Idrissa, izina ry'umuntu unezezwa no kwirebera ibyaremwe Yanditswe kuya 1-07-2016 saa 07:20' na IGIHE Idrissa ni izina rihabwa umwana w'umuhungu.
Dalia, izina ry'umuntu witwararika mu magambo Yanditswe kuya 1-08-2016 saa 06:51' na IGIHE Dalia cyangwa Dahlia ni izina rifite inkomoko mu giheburayo, rikaba risobanura ururabo.
2
0.28
kin_train_00309
kin
U Rwanda ruzasura Cap-Vert mu mukino ubanza uteganyijwe tariki ya 12 Ugushyingo mu gihe uwo kwishyura uzabera i Kigali tariki ya 17 Ugushyingo
Umukino ubanza wabereye i Kampaka, warangiye ikipe yo muri Uganda itsinze ibitego 3-0 mu gihe uwo kwishyura uteganyijwe kuri uyu wa Gatandatu.
2
0.19
kin_train_00310
kin
Ishyirahamwe ry’Abasifuzi ba Premier League (PGMOL) ryavuze ko hatari kwitabazwa ikoranabuhanga rya VAR kandi umusifuzi atigeze amenyeshwa ko umupira ushobora kuba warenze umurongo.
Ikoranabuhanga rya VAR risigaye rishingirwaho mu gufata icyemezo cya nyuma Umukino ushobora kuzajya ugenerwa umusifuzi umwe aho kuba batatu nk'uko bisanzwe
2
0.84
kin_train_00311
kin
Ubwo Minisiteri y’uburezi ifatanyije na REB bashyiraga hanze amanota agaragaza uko abanyeshuri basoza amashuri abanza ndetse n’ikiciro cya mbere cy’ayisumbuye( Tronc Commun) batsinze.
Dore urutonde rugaragaza abanyeshuri 10 ba mbere mu kizamini gisoba amashuri abanza ndetse n'icyiciro rusange Tronc Commun ndetse n'uturere batuyemo.
2
0.88
kin_train_00312
kin
Sugira Ernest(hagati) afashije AS Kigali kwegukana umwanya wa gatatu mu gikombe cy'amahoro
Reba amafoto ya Ezra mu bihe bitandukanye
2
0.25
kin_train_00313
kin
Covid-19:Abakinnyi ba Musanze FC bemerewe igice cy’umushahara Nyuma y’ibiganiro bagiranye n’ubuyobozi bw’ikipe, abakinnyi ba Musanze FC bemerewe guhabwa angana na 40% y’umushahara wabo usanzwe.
Musanze FC ibaye iya kabiri yemeye gutanga igice cy’umushahara nyuma ya Bugesera FC yo yahisemo kujya ihemba abakozi bayo 30% by’umushahara uhereye muri Mata.
2
0.38
kin_train_00314
kin
Basabye APR FC kudatsindwa na Rayon Sports Aba basirikare bamugariye ku rugamba rwo kubohora igihugu batangarije ikipe ya APR FC ko basanzwe bayikunda kandi bayizirikana.
Andi mafoto Ikipe ya APR FC yahaye abasilikare bamugariye ku rugamba inkunga y'ibihumbi 600RWf
2
0.5
kin_train_00315
kin
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi yamenyesheje Inama y’Abaminisitri ko: U Rwanda ruzakira inama ngarukamwaka y’ishyirahamwe rihuza banki nkuru z’ibihugu muri Afurika.
Kuva tariki ya 26 kugeza ku ya 29 Kanama 2019 u Rwanda ruzakira inama y’ishyirahamwe Nyafurika ryita ku birayi n’ibijumba.
2
0.22
kin_train_00316
kin
Christopher yahagaritse amasezerano ye na Kina Music nyuma yaho abonye umwanya wa kabiri mu irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar.
Nyuma yaho yaje gutsinda mu irushanwa ryo kuririmba ryari ryateguwe na Kina Music ahita agirwa umwe mu bahanzi bafashwaga n’iyi nzu itunganya muzika.
2
0.38
kin_train_00317
kin
Uyu mubyeyi yakomeje avuga ko Bukuru yahamagawe mu ikipe y’igihugu y’u Burundi akamubuza gukinira Intamba kuko ngo agomba gukinira igihugu cyamubyaye.
Bukuru na we yavuze ko atigeze akinira ikipe y’igihugu y’u Burundi kuko umubyeyi we yamubujije ngo agomba gukira igihugu cyamubyaye.
2
0.84
kin_train_00318
kin
Bamwe mu baturage baganiriye na MAKURUKI bavuga ko uburaya bukomeje kwiyongera kandi bukabera mu ruhamwe ndetse ngo n’ibiciro byashyizweho birazwi.
Bamwe mu nzobere mu by’indege baganiriye na BBC bavuga ko raporo ya Pierson ishobora kuba ifite ishingiro kandi ibyo ivuga biteye impungenge ndetse bikwiye gusuzumwa.
2
0.25
kin_train_00319
kin
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Amb.
Minisitiri w’Ubucuruzi, Inganda n’Ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Kanimba François Nta shyaka abarizwamo Abanyamabanga ba Leta
2
0.44
kin_train_00320
kin
Wari uzi ko hari imiti n’inyunganiramirire by’umwimerere bivura iyi ndwara ndetse bigatuma ubwonko bukora neza ?
Ubu rero habonetse imiti n’inyunganiramirire by’umwimerere bikoze mu bimera, bivura iyi ndwara yo kwibagirwa ndetse bigafasha ubwonko gukora neza ndetse bigatuma amaraso atembera neza.
2
0.81
kin_train_00321
kin
Mbabazi Francois Xavier umuyobozi w'akarere ka Ruhango, avuga Leta izakomeza kuba hafi y'abarokotse ibafasha gukomeza kwiyubaka, kugira ngo badaheranwa n'agahinda k'ababo bishwe na Jenoside.
Umuyobozi w'Akarere ka Ruhango Mbabazi Francois Xavier, avuga ko hagiye gukoreshwa imbaraga nyinshi iyi mibiri igashyingurwa.
2
0.66
kin_train_00322
kin
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter Perezida Paul Kagame yagize ati "Umunsi mwiza w'Intwari z'u Rwanda, turazirikana umurava bw'Abanyarwanda mu gukomeza guharanira iterambere ry'igihugu cyacu".
Abinyujije kuri Twitter yagize ati “Nyakubahwa Perezida, muvandimwe Paul Kagame ndifuza kwerekana uburyo nishimiye gukorana nawe ubwo wari uyoboye.
2
0.47
kin_train_00323
kin
Tracey Cox inararibonye mu buzima bw’imyororokere avuga ko gukora imibonano mpuzabitsina buri munsi atari ngombwa ngo wowe n’umukunzi wawe mubeho mwishimye.
Gukora imibonano mpuzabitsina buri munsi ngo bingana no kurya inanasi imwe buri munsi.
2
0.38
kin_train_00324
kin
Rwatubyaye yabwiye IGIHE ko ibyo agezeho byose afite abantu abikesha ariko hari ab’ingenzi kurusha abandi barimo Ndikumana Hamad Katauti.
Jules yavuze ko hari igihe yajyaga atekereza ko uyu mukobwa yaba afite abandi bahungu bavugana kuko atari amuri hafi, ariko bitewe n’icyizere yamweretse biza gushira.
2
0.22
kin_train_00325
kin
Kuva muri 2009 ni bwo Umuryango w’Abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi barangije Kaminuza (GAERG) watangije ibikorwa byo kujya hibukwa by’umwihariko imiryango y’Abatutsi yazimye muri Jenoside.
Hari kandi ibikorwa byo gutegura no gushyigikira kwibuka Abatutsi bazize Jenoside hirya no hino mu gihugu by’umwihariko imiryango yazimye.
2
0.72
kin_train_00326
kin
Imibare igaragaza ko kuri uyu wa Mbere, iki gihugu cyapfushije abantu 1 324 mu gihe abandi 24 713 aribo banduye ku munsi umwe.
Muri Uganda hari abantu 1115 banduye mu gihe babiri aribo bamaze gupfa, barimo umwe wapfuye mu masaha 24 ashize.
2
0.34
kin_train_00327
kin
Afurika yakorewe mudasobwa igendanwa ikoresha ingufu z'izuba Yanditswe kuya 14-08-2013 saa 11:04' na Deus Ntakirutimana Sosiyete yo muri Canada.
Wewi, yakoze mudasobwa igendanwa ikoresha ingufu z'izuba igenewe Afurika ku madolari ya Amerika 350 .
2
0.53
kin_train_00328
kin
Abatoni Betty, intumwa y'abikorera ku rwego rw'igihugu, yashimye igitekero abikorera bo mu Karere ka Kirehe cyo kwibuka bagenzi babo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi.
Bamwe muri abanyeshuri ba APPEGA Gahengeri mu 1994 na mbere yaho bari baje kwibuka bagenzi babo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi.
2
0.59
kin_train_00329
kin
Muri ibi biganiro, ubuyobozi bwa RITCO bwari buhagarariwe na Shillah Nayebare ushinzwe iyamamazabikorwa na John Gahigana, umunyamategeko w’iki kigo.
Reba indirimbo "Saa moya" ya Bruce Melodie Shillah Nayebare ushinzwe Iyamamazabikorwa, Bruce Melodie na John Gahigana, umunyamategeko wa RITCO
2
0.38
kin_train_00330
kin
Kazan Arena Iyi ni stade yubatse mu Mujyi wa Kazan, ifite ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi 45,379 ikaba yarafunguwe mu mwaka wa
Ifite ubushobozi bwo kwakira abantu 35, 212 ikaba yarafunguwe uyu mwaka.
2
0.31
kin_train_00331
kin
Mu Rwanda hamaze kugaragara abantu 19 banduye Coronavirus, ndetse bakaba barahuye n’abandi bantu basaga
Mu Rwanda hamaze kugaragara abantu 431 banduye Coronavirus, mu gihe babiri aribo bamaze kwitaba Imana bazize iki cyorezo naho 283 bakaba barakize.
2
0.53
kin_train_00332
kin
Joseph Nkurunziza umuyobozi wa Never again Rwanda yadusubije ku kibazo bamwe bashobora kwibaza ku mwana wavutse nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi ubasha kwandika ibyabaye.
Inzibacyuho yashyizweho nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi yagombaga kurangira mu 1999 ariko icyo gihe byageze u Rwanda rugihanganye n’ibibazo by’ingutu byiganjemo iby’umutekano.
2
0.41
kin_train_00333
kin
Abaturage bo muri Kayonza bahamya ko ibiro bishya by’akarere kabo bizatuma babona serivisi nziza nta kabusa; nkuko umwe muri bo witwa Mukandanga Marie Odette.
Mugenzi we witwa Muganwa James ahamya ko ibiro bishya by’akarere kabo bibereye ubuyobozi kuko nta kajagari gahari kandi hakaba hari isuku.
2
0.38
kin_train_00334
kin
Beyoncé ni umwe mu baririmbyi bihagazeho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika haba mu kugira igikundiro, imitungo n’ibindi bitandukanye.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika nizo zikomeje kugira abantu benshi banduye kuko ubu 987 322 mu gihe hapfuye 55
2
0.09
kin_train_00335
kin
Hari uburyo bubiri ushobora kwifashisha kugira ngo ukoreshe ubu buryo butuma utakumvirizwa (en-to-end encryption), hari uburyo bikorerwa imbere (software), hakaba n’uburyo byabikorera inyuma (hardware).
Singa Patrick, ushinzwe ibikorwa by’ubuvuzi muri "Babyl" avuga ko hari uburyo bugera kuri bubiri umurwayi ashobora kwifashisha kugira ngo abone serivise.
2
0.38
kin_train_00336
kin
Egypt Dushimimana yahise yakirwa n'abanyarwanda baba i Dubai Dushimimana ari kumwe na Mohammed Bin Rashid
Augustin Sendegeya, Umuyobozi mukuru wa CHUB [email protected]
2
0.19
kin_train_00337
kin
Yasser El Gammal na Minisitiri w'Imari n'Igenamigambi, Ambasaderi Gatete Claver bashyira umukono ku masezerano
Zari yari aherutse gukorerwa ibirori byo kwitegura uyu mwana: Umwana wa Zari na Diamond yujuje umwaka n'amezi abiri
2
0.29
kin_train_00338
kin
Uyu mukinnyi w’imyaka 24 ukomoka muri Ghana, nta kipe afite nyuma yo kwirukanwa na Rayon Sports kubera imyitwarire mibi.
Michael Sarpong yavuye muri Rayon Sports umwaka ushize nyuma yo kwirukanwa kubera amagambo “atesha agaciro” Munyakazi Sadate wahoze ayobora iyo kipe.
2
0.53
kin_train_00339
kin
Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) riherutse gutangaza ko riri kuganira na Ambasade y’u Bufaransa ku bufatanye bwo guteza imbere umukino w’amagare mu bagore.
Ambasade y’u Bufaransa yatangiye gushyigikira umukino w’Amagare mu Rwanda guhera mu
2
0.88
kin_train_00340
kin
Michael Sarpong yageze muri Rayon Sports muri Nzeli 2018 avuye muri Dreams FC yo muri Ghana, atsinda ibitego 16 muri Shampiyona y’u Rwanda.
Kugeza ku munsi wa 24 wa Shampiyona y’uyu mwaka, Sarpong yari amaze gutsindira Rayon Sports ibitego icyenda.
2
0.75
kin_train_00341
kin
Ku rutonde rushya rw’uyu mwaka, iyi raporo ishyira u Burundi ku mwanya wa 146, kuri raporo ya 2020 rwari ku mwanya wa
Iyi raporo ya 2021 ishyira u Rwanda ku mwanya wa 156, mu 2020 rwari ku mwanya wa
2
0.38
kin_train_00342
kin
Kigali International Peace Marathon ku nshuro ya 16, yagombaga kuba tariki ya 17 Gicurasi 2020, igenda yimurwa kubera COVID-19 ndetse birangira itabaye mu mwaka ushize.
Ubusanzwe, Kigali International Peace Marathon ibimburirwa n’ibikorwa birimo isiganwa ry’ijoro rizwi nka Kigali Night Run, kuri iyi nshuro bizakorwa tariki ya 13 Kamena
2
0.59
kin_train_00343
kin
Uko yitwaye i Kigali(VIDEO) Yanditswe kuya 22-06-2014 saa 13:30' na Munyengabe Murungi Sabin Jay Polly, ni umuraperi ufite abafana batagira ingano mu irushanwa rya PGGSS
Jay Polly, ni umuraperi ufite abafana batagira ingano mu irushanwa rya PGGSS
2
0.72
kin_train_00344
kin
KIE: Hatangijwe igikorwa cyo gushishikariza Abanyarwanda kugira umuco wo gusoma Yanditswe kuya 19-07-2012 saa 16:23' na Abdou Nyampeta "Mu Rwanda abatazi gusoma ni 30%.
"Mu Rwanda abatazi gusoma ni 30%.
2
0.62
kin_train_00345
kin
Ibi Gakwaya Olivier yabitangaje abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze aho benshi mu bakunzi ba Rayon Sports bagaragaje ibyishimo byinshi nyuma yo kumenya aya makuru.
Abinyujije kurubuga rwe rwa twitter, Olivier Gakwaya umunyamabanga w'ikipe ya Rayon sports yemeje aya amakuru nubwo nta byinshi yabivuzeho.
2
0.53
kin_train_00346
kin
Usibye abishyura, n’abatwara abagenzi bakoresheje YEGO bazajya bahabwa amafaranga yabo yose nta kiguzi kibayemo kandi bayabone mu gihe gito.
Umuyobozi wa Yego Innovision, Karanvir Singh, yavuze ko yishimiye gukorana na Spenn kuko bizajya byorohereza abashoferi babo kubona amafaranga yabo yose kandi mu gihe gito.
2
0.72
kin_train_00347
kin
Ikipe ya Mukura VS yabashije kunganya 0-0 mu mukino ubanza w’ijonjora rya 2 rya Total CAF Confederation Cup na El Hilal Obeid muri Sudani.
Nyuma yo gutwara igikombe cy’Amahoro 2018 , Mukura VS yanahawe Miliyoni 10 FRW ndetse izahagararira u Rwanda muri CAF Confederation Cup ya
2
0.44
kin_train_00348
kin
Ati “Ije kunganira Radiyo Mariya Rwanda mu buryo bwihariye mu kumenyekanisha ubutumwa bwiza Bikira Mariya yatangiye i Kibeho ubwo yabonekeraga abakobwa batatu.”
Nyuma yo gutaha Radiyo Mariya Kibeho hakomeje ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 37 y’amabonekerwa ya Bikira Mariya i Kibeho.
2
0.66
kin_train_00349
kin
Muri “Car Free day”, abatuye mu Mujyi wa Kigali bose bagirwa inama yo guparika amamodoka bagahurira mu Mujyi wa Kigali rwagati bagakora siporo.
Icyo kigo kigiye gushingwa mu Rwanda ku bufatanye na Nelson Mukasa usanzwe utegura igikorwa cya “Car free Day” gifasha abatuye muri Kigali gukora Siporo.
2
0.69
kin_train_00350
kin
Tariki 10 z’ukwa cyenda buri mwaka isi izirikana umunsi wo kurwanya kwiyahura.
Buri mwaka tariki 18 Gicurasi Isi yizihiza Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Ingoro Ndangamurage, hazirikanwa umuco, amateka n’imibereho gakondo by’abatuye Isi.
2
0.31
kin_train_00351
kin
Umuyobozi wungirije w’umujyi wa Kigali ushinzwe imibereho myiza Patricie Muhongerwa
Umuyobozi wungirije w'akarere ka Burera ushinzwe imibereho myiza y'abaturage yasabye urubyiruko kubaka ubunyarwanda buzira amacakubiri.
2
0.25
kin_train_00352
kin
Nibura ku itariki ya 24 Werurwe 2017, agaciro k’ifaranga ry’u Rwanda kagabanutseho 7 % ugereranyije na 7 % mu gihe nk’icyo mu
Rwangombwa yanavuze ko hari icyizere ko ifaranga ry’u Rwanda kugeza mu mpera z’uyu mwaka rizata agaciro kuri 4%, ugereranyije na 7% mu
2
0.56
kin_train_00353
kin
Mu Kigo gishinzwe guteza imbere ibikorwa by’iterambere mu nzego z’ibanze (LODA) Madamu NYINAWAGAGA Claudine Marie Solange: Umuyobozi Mukuru (Director General).
Muri Muhabura Multichoice Ltd Madamu NKUNDA Laetitia: Umuyobozi Mukuru (Director General).
2
0.09
kin_train_00354
kin
Ndayishimiye Eric uzwi nka Bakame yatomboye 1 bityo Rayon Sports ihita ihabwa igikombe.
Usengimana Faustin wa APR Fc na Manzi Thierry wa Rayon SPorts, abasore bakuranye Ndayishimiye Eric Bakame usanzwe ufatira Rayon Sports
2
0.28
kin_train_00355
kin
Kugisha inama kuri uri rubuga, wohereza ubutumwa bwawe kuri [email protected]
Inyunganizi, kubaza cyangwa ikindi cyose ushaka kugishaho inama kuri uru rubuga, wohereza ubutumwa bwawe kuri [email protected]
2
0.78