translation
translation
{ "en": "Fast forward to the present, with loans from China, African countries, Miguel said, often end up asking \"what did we agree to do\" and \"how much do we owe\" China.", "kin": "Miguel yavuze ko kugeza ubu byihuta cyane, inguzanyo zituruka mu Bushinwa,zijya mu bihugu bya Afurika, akenshi zikurikirwa no kubaza icyo abanyafurika bazazikoresha, ndetse no kubaza ngo ni abantu bangahe zigenewe ngo bazazikoreshe?" }
{ "en": "Dutch Test for New Variant After Finding 61 COVID Cases Among South Africa Passengers", "kin": "Ubu Buholandi bufite ibipimo by a Covid Nyuma yo Kubona abantu 61 banduye Covid 19 b'abagenzi muri Afrika yepfo" }
{ "en": "Dutch health authorities said Saturday they had detected 61 COVID-19 cases among people who flew Friday from South Africa and were now doing further tests to see whether any are infected with the new omicron variant.", "kin": "Inzego z’ubuzima z’Ubuholandi zavuze ko ku wa gatandatu zabonye abantu 61 COVID-19 mu bantu bahagurutse ku wa gatanu bava muri Afurika yepfo none bakaba barimo gukora ibindi bizamini kugira ngo barebe niba hari abanduye icyorezo kihinduranya gishya." }
{ "en": "The cases were discovered among around 600 passengers who arrived at Amsterdam's Schiphol Airport on two flights Friday before the Dutch government halted air traffic from southern Africa due to concerns over the variant.", "kin": "Abagaragawe ho n'ubwandu ni mu bagenzi bagera kuri 600 bageze ku kibuga cy’indege cya Schiphol cya Amsterdam mu ndege ebyiri ku wa gatanu mbere yuko guverinoma y’Ubuholandi ihagarika ingendo z’indege ziva muri Afurika yepfo kubera impungenge zatewe n'icyorezo kihinduranya." }
{ "en": "Dutch health authorities said Saturday they also would seek to contact travelers who had arrived from South Africa, Botswana, Eswatini, Lesotho, Mozambique, Namibia and Zimbabwe since Monday and urge them to take a test as soon as possible.", "kin": "Inzego z’ubuzima z’Ubuholandi zavuze ko ku wa Gatandatu nazo zishaka kuvugana n’abagenzi bari baturutse muri Afurika yepfo, Botswana, Eswatini, Lesotho, Mozambique, Namibia na Zimbabwe kuva ku wa mbere kandi bakazabasaba kwipimisha vuba bishoboka." }
{ "en": "The passengers from Friday's flights were kept separated from other travelers and those who tested positive are being kept in isolation at a hotel near the airport.", "kin": "Abagenzi bavuye mu ndege ku wa Gatanu bipimishije bashyizwe mu kato muri hoteri iri hafi y'ikibuga cy’indege." }
{ "en": "A spokesperson for the health ministry said it would not be known until later Saturday whether any of passengers are infected with the new variant.", "kin": "Umuvugizi muri minisiteri y’ubuzima yavuze ko bitaramenyekana niba hari abagenzi banduye iyo variant nshya kugeza kuwa Gatandatu" }
{ "en": "A spokesperson for KLM, the Dutch arm of Air France, said the airline was trying to determine what rules were in place as of Friday morning to prevent people with COVID-19 infections from boarding the flights, which departed from Cape Town and Johannesburg.", "kin": "Umuvugizi wa KLM, wo mu ishami ry'abashinzwe ingendo z'indege mu buholandi, yavuze ko indege zigerageza kubahiriza amategeko yashyizweho mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu kugira ngo abantu banduye COVID-19 batinjira mu ndege zaturutse i Cape Town na Johannesburg." }
{ "en": "Rules on the company's website said passengers had to present a negative COVID-19 \"rapid antigen\" test result taken 24 hours before departure but were not required to show proof of vaccination.", "kin": "Kurubuga rw'itumanaho rw’isosiye batangaje ko abagenzi bagombaga kwerekana ibisubizo bya COVID-19 byafashwe mbere y'amasaha 24 mbere yo kugenda ariko si ngombwa kwerekana ibyangombwa byuko bakingiwe." }
{ "en": "Really Weird' Paula Zimmerman, a Dutch photographer who returned from a family visit in South Africa on Friday morning, said the situation for the passengers on the planes was chaotic, as they were kept waiting on the tarmac and in the terminal for hours.", "kin": "Mu byukuri Weird 'Paula Zimmerman, umufotozi mu buholandi ubwo yagarukaga avuye gusura umuryango we muri Afurika yepfo mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, yavuze ko ikibazo cy’abagenzi mu ndege cyari akajagari, kuko bakomeje gutegereza kuri gari ya moshi kugeza amasaha yari ateganijwe arangiye." }
{ "en": "Zimmerman was told she had tested negative at 4 a.m., almost 18 hours after landing in Amsterdam, but said she then found out she was standing right next to a man who knew he had tested positive for an infection.", "kin": "Zimmerman yavuze ko yipimishije saa yine za mugitondo agasanga atanduye icyorezo, nyuma y'amasaha 18 nyuma yo guhaguruka n'indege kuri Amsterdam, yavuzeko yahise amenya ko yicaye iruhande rw'umugabo wari wanduye icyorezo ." }
{ "en": "\"It was really weird.", "kin": "Abantu bagombaga kugira amakenga" }
{ "en": "There was no coordination.", "kin": "Ntagahunda ihamye yari ihari." }
{ "en": "There were too few people and there really wasnt anybody who took control.\" Having spent hours on a flight that likely had many infected passengers made Zimmerman anxious for the days to come, she said. \"Ive been told that they expect that a lot more people will test positive after five days.", "kin": "Hari yo abantu bake cyane kandi mu by'ukuri ntabugenzuzi bwari buhari\"Ati:\" Ibaze kumara amasaha menshi mu ndege kandi bishoboka ko hari abagenzi benshi banduye ! Ibyo byatumye Zimmerman ahangayika bikomeye dore ko yari amaze kubwirwa ko bazipimisha nyuma y'iminsi itanu." }
{ "en": "It's a little scary the idea that you've been in a plane with a lot of people who tested positive.\"", "kin": "Byari biteye ubwoba kubona mu ndege umuntu yicaranye n'abantu benshi banduye \"" }
{ "en": "The Dutch flight ban does not mean that all flights from southern Africa to the Netherlands are halted, as Dutch citizens are allowed to return home, while EU citizens are allowed entry in transit to their home countries.", "kin": "Guhagarika indege y’Ubuholandi ntibisobanura ko ingendo zose ziva muri Afurika yepfo zerekeza mu Buholandi zahagaritswe, kubera ko abaturage b’Ubuholandi bemerewe gusubira mu rugo, mu gihe abanyaburayi bemerewe kujya mu bihugu byabo." }
{ "en": "Medical staff, airline crews and people with pressing needs are also still allowed to travel. KLM will continue flights to the region, but travelers need to stay in quarantine for at least five days upon arrival in the Netherlands.", "kin": "Abakozi bo mu buvuzi, abakozi b'indege hamwe n' abantu bafite ibibazo byingutu nabo baracyemerewe gukora ingendo. KLM izakomeza ingendo zerekeza mu karere, ariko abagenzi bazajya bashyirwa mu kato byibura iminsi itanu bakigera mu buholandi." }
{ "en": "The new variant has been detected just as many European countries are grappling with a surge in coronavirus cases.", "kin": "Icyorezo gishya kihinduranya cyamenyekanye nkuko ibihugu byinshi byu Burayi bigenda bihura n’ubwiyongere bwa coronavirus." }
{ "en": "The Dutch government on Friday announced the nighttime closure of bars, restaurants and most stores as it tries to curb a record-breaking wave of COVID-19 cases that is swamping its health care system.", "kin": "Ku wa Gatanu, guverinoma y’Ubuholandi yatangaje ko amasaha ya nijoro, amaresitora n’amaduka menshi bizaba bifunze mu rwego rwo gukumira ubwandu bwa COVID-19 kwangiza ubuzima bw'abantu." }
{ "en": "EU to Suspend Travel From Southern Africa Over New COVID Variant", "kin": "EU yahagaritse ingendo ziva muri Afrika kubera COVID yihinduranya" }
{ "en": "European Union states have agreed to suspend travel from southern Africa after the detection of a new COVID-19 variant, the presidency of the EU said Friday.", "kin": "Ku wa Gatanu, perezidansi w'ubumwe bw’ibihugu by’iburayi yemeye guhagarika ingendo ziva muri Afurika yepfo nyuma yo kubona ubundi bwoko bwa COVID-19." }
{ "en": "A committee of health experts from all 27 EU states \"agreed on the need to activate the emergency break & impose temporary restriction on all travel into EU from southern Africa,\" the Slovenian presidency of the EU said on Twitter. Restrictions will apply to Botswana, Eswatini, Lesotho, Mozambique, Namibia, South Africa and Zimbabwe, European Commission spokesperson Eric Mamer said on Twitter.", "kin": "Komite y’inzobere mu by'ubuzima zaturutse mu bihugu 27 bigize Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’iburayi \"zemeje ko hagomba gushyirwaho iburyo bwo gutabara byihuse no gushyiraho uburyo bw' agateganyo kubantu bazaza mu muryango w’ubumwe bw’ibihugu by’iburayi bava mu majyepfo ya Afurika\", nk'uko byatangajwe na Perezida wa Sloveniya muri EU. Amabwiriza yihariye azakurikizwa kuri Botswana, Eswatini, Lesotho, Mozambique, Namibia, Afurika y'Epfo na Zimbabwe, nk'uko umuvugizi wa komisiyo y'uburayi, Eric Mamer yabitangaje kuri Twitter." }
{ "en": "An EU official said that EU governments have also been asked to discourage travel to those countries.", "kin": "Mu buryo bw'ubuyobozi, ibihugu by’iburayi byavuze ko guverinoma z’iburayi nazo zasabwe kugabanya ingendo muri ibyo bihugu." }
{ "en": "Each of the 27 EU countries is free to apply the new measures when it prefers. Some are already applying restrictions.", "kin": "Buri gihugu mu bihugu 27 bigize Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’iburayi gifite uburenganzira bwo gushyira mu bikorwa ingamba nshya igihe gishakiye. Bamwe basanzwe bubahiriza amabwiriza" }
{ "en": "EU officials said that no decision had yet been made on other countries in other parts of the world where cases were detected, which include Hong Kong, Israel and Belgium, an EU country.", "kin": "Abayobozi ba EU bavuze ko nta mwanzuto urafatwa ku bindi bihugu byo mu tundi turere tw’isi twagaragawemo icyorezo, twavugamo nka Hong Kong, Isiraheli, ububiligi, ibihugu by’iburayi." }
{ "en": "Global alarm", "kin": "Impuruza ku isi" }
{ "en": "The new coronavirus variant, first detected in South Africa, has caused global alarm as researchers seek to find out if it is vaccine-resistant.", "kin": "Ubwoko bushya bwa coronavirus, bwamenyekanye bwa mbere muri Afrika yepfo, bwateje ihungabana mu isi yose, abashakashatsi bihutiye kumenya niba idashobora gukingirwa." }
{ "en": "Marc Van Ranst, the virologist who detected the new variant in Belgium, told Reuters it was more likely the infected woman had contracted the variant in Belgium rather than while traveling outside Europe.", "kin": "Marc Van Ranst, inzobere mu bijyanye na virusiyatangarije Reuters ko bishoboka cyane ko uwo mugore wanduye yanduye icyorezo kihinduranya agikuye Bubiligi,kuruta ko haba ari mu Burayi." }
{ "en": "She had been in Egypt earlier in November but developed symptoms only 11 days after her return to Belgium. She is not vaccinated.", "kin": "Yari ari muri Egiputa mu Gushyingo ariko agaragaza ibimenyetso nyuma y'iminsi 11 asubiye mu Bubiligi. Ntabwo yakingiwe." }
{ "en": "Switzerland imposed on Friday a requirement of 10-day quarantine and a negative test for travelers from Belgium, Israel and Hong Kong, in addition to travel bans on southern African countries.", "kin": "Ku wa Gatanu, Ubusuwisi bwashyize ho akato k’iminsi 10 no gupima abagenzi baturutse mu Bubiligi, Isiraheli na Hong Kong, no guhagarika ingendo mu bihugu bya Afurika yepfo." }
{ "en": "Italy Imposes Entry Ban on Eight Southern African States", "kin": "Ubutaliyani bwashyizeho itegeko ribuza kwinjira mu bihugu umunani byo muri Afurika yepfo" }
{ "en": "Italy imposed an entry ban Friday on people who have visited any one of eight southern African states in the last 14 days, because of the spread of a new COVID-19 variant there.", "kin": "Ku wa Gatanu,mu minsi 14 ishize, Ubutaliyani bwabujije abantu kujya gusura kimwe mu bihugu umunani byo muri Afurika yepfo , kubera ko ubwandu bwa Covid 19 yihinduranya bumaze gukwirakwirayo." }
{ "en": "Italian Health Minister Roberto Speranza signed an executive order banning entry of travelers from South Africa, Lesotho, Botswana, Malawi, Zimbabwe, Mozambique, Namibia and Eswatini.", "kin": "Minisitiri w’ubuzima w’Ubutaliyani, Roberto Speranza, yashyize umukono ku itegeko rihagarika ingendo zituruka muri Afurika yepfo, Lesotho, Botswana, Malawi, Zimbabwe, Mozambique, Namibia na Eswatini." }
{ "en": "\"Our scientists are studying the new B.1.1.529 variant. In the meantime, we will adopt the greatest possible caution,\" Speranza said.", "kin": "Speranza ati: \"Abashakashatsi bacu barimo kwiga kuburyo bushya bwa B.1.1.529. Hagati aho, ni ibyo kuzitondera cyane.\"" }
{ "en": "Zimbabwe Environmentalists Demand More Than Rhetoric on Climate Change", "kin": "Abashinzwe ibidukikije muri Zimbabwe Barasaba ko hagira igikorwa kuruta amagambo kubijyanye n' Imihindagurikire y'Ibihe" }
{ "en": "Environmentalists in Zimbabwe are reacting angrily to President Emmerson Mnangagwa's address at the COP26 conference, where he pledged his government's fight against deforestation and climate change. Environmentalists say the government is busy dishing out land to companies, mainly Chinese, to mine coal for energy use, which COP26 wants phased out.", "kin": "Abashinzwe ibidukikije muri Zimbabwe bababajwe cyane n' ijambo rya Perezida Emmerson Mnangagwa yavugiye mu nama ya COP26, aho yemeje ko guverinoma ye izarwanya itemwa ry'amashyamba n’imihindagurikire y’ikirere. Abashinzwe ibidukikije bavuga ko guverinoma ihugiye mubyo guhinga ubutaka ku masosiyete, cyane cyane Abashinwa, gucukura amakara yifashishwa mu gucanwa,ariko COP26 ikifuza ko byakurwaho." }
{ "en": "Tuesday in Scotland, President Emmerson Mnangagwa addressed the 2021 United Nations Climate Change Conference, known as COP26, where he urged developed countries to pay for causing global warming by emitting gases into the atmosphere.", "kin": "Ku wa kabiri, muri otcosse, Perezida Emmerson Mnangagwa yagejeje ijambo ku nama y’umuryango w’abibumbye ku mihindagurikire y’ibihe mu 2021, izwi ku izina rya COP26, aho yasabye ibihugu byateye imbere gucibwa a amafaranga kubera kohereza imyuka mu kirere." }
{ "en": "He said developing nations like Zimbabwe were paying for the consequences of those emissions.", "kin": "Yavuze ko ibihugu biri mu nzira y'amajyambere nka Zimbabwe byishyura ibyangijwe n'ingaruka z’ibyo byuka." }
{ "en": "He also pledged his countrys cooperation in the fight against climate change.", "kin": "Yijeje kandi ibihugu bye ubufatanye mu kurwanya imihindagurikire y’ikirere." }
{ "en": "\"Zimbabwe has revised its nationally determined contributions, a committed conditional 40% per capita greenhouse gas emissions reduction target by 2030. Comprehensive strategies are being implemented towards mainstreaming climate change adaptation and resilience across all sectors of our economy,\" Mnangagwa said.", "kin": "Mnangagwa yagize ati: \"Zimbabwe yavuguruye imisanzu yagenwe ku rwego rw'igihugu, yiyemeje igabanuka ry' imyuka ihumanya ikirere ku kigero cya 40% buri mwaka." }
{ "en": "This comes at a time when environmentalists in Zimbabwe are asking the government to revoke an exploration license recently awarded to a Chinese company to mine coal for energy use.", "kin": "Ibi bibaye mu gihe abashinzwe ibidukikije muri Zimbabwe basaba guverinoma kwambura uruhushya rwo gukora ubushakashatsi ruherutse guhabwa isosiyete y'Abashinwa yo gutunganya ingufu zikomoka ku makara" }
{ "en": "The Center for Natural Resource Governance is one of the organizations opposing the license. The group promotes green energy, and fears that exploration for coal will cause greater deforestation.", "kin": "Ikigo gishinzwe imicungire y'umutungo kamere nicyo gishinzwe kwambura uruhushya iyo sosiyete. Hari itsinda rizateza imbere izo ngufu ariko rifite ubwoba ko gushakisha amakara bizatera itemwa ry'amashyamba menshi." }
{ "en": "Henry Nyapokoto, the program manager for the group, said Mnangagwas comments run contrary to what he sees going on.", "kin": "Umuyobozi wa porogaramu muri iryo tsinda, Henry Nyapokoto, yavuze ko ibitekerezo bya Mnangagwas binyuranye n'uko we abona byagenda." }
{ "en": "\"But the government has been in overdrive mode to promote mining everywhere in order to reach the $12 billion mining economy. In fact, it wont (make) ecological sense for Zimbabwe to attain a $12 billion economy based on bad models of production, bad consumption, that leaves a huge ecological footprint or a legacy of an ecological disaster. We all understand that mining comes with destruction of forests that serves as carbon sinks and habitat for wildlife,\" Nyapokoto said.", "kin": "Ariko guverinoma iri gukora ibishoboka byose ku iterambere mu bucukuzi bw'amabuye y'agaciro ahantu hose hagamijwe ku kongera ubukungu bukagera kuri miliyari 12 z'amadolari. Nyapokoto yagize ati\" Twese twumva ko ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro bwazanwa no gutema amashyamba ngo havemo karuboni." }
{ "en": "Nyapokoto added that Zimbabwe was exploring oil and gas on its northeast border with Zambia, another project that could lead to deforestation.", "kin": "Nyapokoto yongeyeho ko Zimbabwe irimo gushakisha peteroli na gaze ku mupaka w’amajyaruguru na Zambiya, hari nundi mushinga wo gutera andi mashyamba." }
{ "en": "\"Despite the impact of oil and gas on global warming, there will be (a) visible, immediate direct effect of this oil and gas mining on local communities or ecosystems. Land will be cleared for mining and other infrastructure that is going to support that mining. That is contrary to the greening of the economy that they are talking about in Glasgow,\" Nyapokoto said.", "kin": "Peteroli na gaze bigira ingaruka ku bushyuhe bw’isi, harimo (a) ingaruka zitaziguye ziva muri ubwo bucukuzi bwa peteroli na gaze ku baturage cyangwa ibidukikije. Ubutaka buzareka gukoreshwa mubucukuzi bw'amabuye y'agaciro n'ibindi bikorwa remezo. Ibyo ariko bitandukanye nibivugwa byo kuzamura ubukungu bavuga i Glasgow, Nyapokoto." }
{ "en": "He said Zimbabwe was in the top 10 of countries of deforestation, with about 300,000 hectares of forests destroyed annually.", "kin": "Yavuze ko Zimbabwe iri mu bihugu 10 bya mbere bifite amashyamba,ikaba ifite hegitari 300.000 z’amashyamba zangirika buri mwaka." }
{ "en": "But Byron Zamasiya of the Zimbabwe Environmental Law Association says Mnangagwa was genuine in his COP26 address about fighting deforestation caused by need for energy.", "kin": "Ariko Byron Zamasiya wo mu ishyirahamwe ryita ku bidukikije muri Zimbabwe avuga ko Mnangagwa yari umunyakuri mu buyobozi bwe muri COP26 mu kurwanya itemwa ry' amashyamba yatewe ngo bayakoremo ibicanwa." }
{ "en": "\"So, the issue of fighting deforestation is a key ingredient for addressing greenhouse gas emissions for Zimbabwe. The trees act as a carbon sink since they absorb carbon dioxide, which is a major cause of global warming. What we may want as a country is to make available alternative sources of energy, especially for the rural communities who rely on wood fuel and account for the major part of deforestation. We may also need to promote intensive farming methods as opposed to extensive farming methods that require bigger fields and the clearing of new forests for fields,\" Zamasiya said.", "kin": "Rero, ikibazo cy'itemwa ry'amashyamba ni kimwe mu bintu by'ingenzi mu gukemura ikibazo cya gaze muri parike ya Zimbabwe. Ibiti bikorwamo kigasohora dioxyde de carbone, ikaba ari yo mpamvu nyamukuru itera ubushyuhe bukabije ku isi. Icyo twifuza nk'igihugu ni kugirango haboneke ubundi buryo butanga ingufu, cyane cyane kubaturage bifashisha amavuta y’ibiti ariko ugasanga bagira uruhare runini mu gutema amashyamba.Dushobora kandi guteza imbere uburyo bwo guhinga tudatemye amashyamba." }
{ "en": "The Environmental Management Agency in Zimbabwe has been fining people caught cutting or burning forests. But so far, that hasnt stopped the trees from coming down.", "kin": "Ikigo gishinzwe kubungabunga ibidukikije muri Zimbabwe gica amande abantu bafatwa batema cyangwa batwika amashyamba. Ariko nanubu ntibyabujije ibiti kwangizwa" }
{ "en": "Zimbabwe Starts Vaccinating Teens Against COVID-19", "kin": "Zimbabwe Yatangiye Gukingiza Abangavu mukurwanya COVID-19" }
{ "en": "President Emmerson Mnangagwa's government has announced it is starting to vaccinate Zimbabwes teenagers over the age of 16 against COVID-19, which has claimed nearly 5,000 lives and infected 13,000 in the country. Public health experts welcome the move.", "kin": "Guverinoma ya Perezida Emmerson Mnangagwa yatangaje ko itangiye gukingiza abangavu ba Zimbabwes barengeje imyaka 16 murwego rwo kwirinda COVID-19, kuko yahitanye abantu bagera ku 5.000 kandi ikananduza 13.000 mu gihugu. Inzobere mu buzima rusange zishimiye iki gikorwa." }
{ "en": "Zimbabwes acting Health and Child Care Minister Amon Murwira told journalists late Monday that the country had so far managed to vaccinate 38% of the population.", "kin": "Minisitiri w’ubuzima no kwita ku bana ba Zimbabwes, Amon Murwira aherutse kubwira abanyamakuru ku wa mbere ko iki gihugu kugeza ubu cyashoboye gukingira abaturage 38%." }
{ "en": "He then announced the recommendation regarding those over the age of 16.", "kin": "Yahise atangaza ko hagiye gukingirwa abarengeje imyaka 16." }
{ "en": "\"Based on the available scientific data in line with the Medicines Control Authority of Zimbabwe guide, the specialist pediatricians have recommended a vaccination of the 16 to 17 years age group with the Sinovac COVID19 vaccine,\" said Murwira.", "kin": "Murwira yagize ati: \"Hashingiwe ku mibare igaragazwa n'ubushakashatsi mu bya siyansi ibyerekana kukijyanye n’ubuyobozi bushinzwe kugenzura imiti ya Zimbabwe, inzobere mu kuvura indwara z’abana basabye ko hatangwa urukingo rw’abafite imyaka 16 kugeza kuri 17 hamwe n’urukingo rwa Sinovac COVID19\"." }
{ "en": "\"The protocol of the younger age groups is still under consideration. The ministry wishes to advise the public that COVID19 vaccination of the 16 to 17 years age groups has been approved. The government of Zimbabwe through the Ministry of Health and Childcare is determined that Zimbabwe achieves herd immunity by end December 2021,\" he added.", "kin": "Haracyasuzumwa niba hakingirwa abakiri bato. Minisiteri irashaka kugira inama abaturage ko urukingo rwa COVID19 rugenewe ab’imyaka 16 kugeza kuri 17 rwemejwe. Guverinoma ya Zimbabwe ibinyujije muri Minisiteri y’ubuzima n’ubuvuzi y’abana yemeje ko Zimbabwe amatungo yaho azaba afite ubudahangarwa mu mpera z'Ukuboza 2021 ." }
{ "en": "Dr. Norman Matara, the head of Zimbabwe Association for Doctors for Human Rights, is hopeful the move would increase the number of people getting vaccinated and will push the country further to achieving head immunity.", "kin": "Dr. Norman Matara, ukuriye ishyirahamwe rya Zimbabwe ry’abaganga baharanira uburenganzira bwa muntu, yemeza ko iki cyemezo kizongera umubare w’abantu bakingirwa kandi bikazateza imbere igihugu" }
{ "en": "\"This is a welcome move, but we just hope that the vaccine will continue to be voluntary and that these teenagers will not be mandated to get vaccines in schools and colleges. But people should just continue to voluntarily get the vaccines,\" he said.", "kin": "Ati: \"Iyi ni intambwe ishimishije, ariko turizera gusa ko urukingo ruzakomeza gufatwaku bushake kandi ko ingimbi zifite uburenganzira bwo kubona inkingo mu mashuri makuru na za kaminuza. Ariko abantu bagomba gukomeza gukingirwa kubushake bwabo\"." }
{ "en": "Itai Rusike, head of nonprofit Community Working Group on Health in Zimbabwe, commended the government for the announcement as it helps the country reach its target of vaccinating at least 10 million Zimbabweans — or 60% of the population — by the end of the year.", "kin": "Itai Rusike, umuyobozi w’itsinda ridaharanira inyungu n'ubuzima muri Zimbabwe, yashimye guverinoma ko yafashije igihugu kugera ku ntego yo gukingira byibuze miliyoni 10 z’Abanyazimbabwe - cyangwa 60% by’abaturage - mu mpera z’umwaka." }
{ "en": "\"This is important in order to prevent the teenagers from COVID-19 infections, hospitalizations and even death, especially from the looming threat of the new delta variant. It is also important that the school health coordinators are equipped with the necessary COVID-19 vaccine literacy so that they can then assist in educating the students, the teachers and support staff on the importance of getting vaccinated. It is also important that the community leaders should play a critical role in being our COVID-19 champions and ambassadors so that they can encourage the parents and the children within their communities to embrace the vaccines,\" said Rusike.", "kin": "Ibi ni ngombwa mu rwego rwo gukumira ingimbi n'abangavu kwandura COVID-19, mu bitaro ndetse no mu rupfu, cyane cyane ko byugarije ubwoko bushya bwa delta. Ni ngombwa kandi ko abahuzabikorwa b'ubuzima bw'ishuri bafite urukingo rwa COVID-19 rukenewe. gusoma no kwandika kugirango bashobore noneho gufasha mukwigisha abanyeshuri, abarimu ndetse nabakozi bunganira akamaro ko gukingirwa.Ni ngombwa kandi ko abayobozi babaturage bagomba kugira uruhare runini mukubera ba nyampinga ba COVID-19 hamwe nabambasaderi kugirango babashe shishikariza ababyeyi ndetse n'abana bo mu gace batuyemo kwakira inkingo , Rusike." }
{ "en": "Zimbabwe has fully inoculated just above 2.6 million people since February when it began its vaccination program to contain the COVID-19 pandemic.", "kin": "Kuva muri Gashyantare Zimbabwe yakingiye abarenga miliyoni 2.6 kuva yatangira gahunda yo gukingira indwara ya COVID-19." }
{ "en": "Zimbabwe President Mnangagwa to Attend COP26 Conference", "kin": "Perezida wa Zimbabwe Mnangagwa yitabiriye Inama ya COP26" }
{ "en": "Zimbabwe President Emmerson Mnangagwa says he will attend COP26, becoming the first Zimbabwe leader to visit the United Kingdom since Zimbabwe was accused of human rights abuses and election rigging. Mnangagwa also said a U.N. rapporteur had proved his government was right about the sanctions issue.", "kin": "Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, avuga ko azitabira COP26, abaye umuyobozi wa mbere wa Zimbabwe wasuye u Bwongereza kuva Zimbabwe yashinjwa guhohotera uburenganzira bwa muntu no kunyereza amatora. Mnangagwa yavuze kandi ko umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika yerekanye ko guverinoma ye ivugisha ukuri ku kibazo." }
{ "en": "Winding up an annual conference of the ruling ZANU-PF party Saturday in Bindura, 80 kilometers north of Zimbabwes capital, Mnangagwa said he was looking forward to attending the 2021 United Nations Climate Change Conference, known as COP26, in Scotland, which begins Sunday.", "kin": "Mu gusoza inama ngarukamwaka y’ishyaka riri ku butegetsi rya ZANU-PF ku wa Gatandatu i Bindura, mu birometero 80 mu majyaruguru y’umurwa mukuru wa Zimbabwe, Mnangagwa yavuze ko arindiriye ko azitabira inama y’umuryango w’abibumbye izavuga ku mihindagurikire y’ibihe 2021, izwi ku izina rya COP26, muri Scotland, ikazatangira ku cyumweru." }
{ "en": "\"I wish to inform the conference that tomorrow morning (Sunday) I travel to Glasgow, United Kingdom, after over two decades have passed without Zimbabwe leadership going to United Kingdom. I have been invited by [British Prime Minister] Boris Johnson, and [he] has indicated he might meet me; one on one, as well as other leaders like India prime minister and others, we are meeting them,\" he said.", "kin": "Ndashaka kumenyesha iyi nama ko ejo mu gitondo (ku cyumweru) nzajya i Glasgow mu Bwongereza, nyuma y'imyaka irenga makumyabiri ishize nta buyobozi bwa Zimbabwe bujya mu Bwongereza. Natumiwe na [Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza] Boris Johnson, na kimwe n'abandi bayobozi nka minisitiri w’intebe w’Ubuhinde n’abandi, turahura nabo." }
{ "en": "Mnangagwa also said he was happy about a report by U.N. Special Rapporteur Alena Douhan after a two-week visit to Zimbabwe. The Belarus national urged the U.S. and other Western governments to lift sanctions they imposed on Zimbabwe nearly two decades ago and for alleged election-rigging and human rights abuses.", "kin": "Mnangagwa yavuze kandi ko yishimiye raporo yakozwe n'Umunyamabanga wihariye wa Leta zunze ubumwe za Amerika Alena Douhan muri ibi byumweru bibiri muri Zimbabwe. Umunyagihugu witwa Biyelorusiya yasabye Leta zunze ubumwe z’Amerika n’izindi guverinoma z’iburengerazuba gukuraho ibihano bafatiye Zimbabwe mu myaka hafi makumyabiri ishize ndetse no kureka kubashinja guhonyora uburenganzira bwa muntu ibinyujije mu matora" }
{ "en": "\"We as government, we as ZANU-PF, have been vindicated by the report released by the United Nations special rapporteur. We should congratulate ourselves. We have never been wrong, and we shall continue always being right. Those who have been found outside the law should reckon their position,\" Mnangagwa said.", "kin": "Twe nka guverinoma, mu ishyaka ryacu ZANU-PF, twarengewe na raporo yashyizwe ahagaragara n'umunyamabanga wihariye w'Umuryango w'Abibumbye. Tugomba kubyishimira. Ntabwo twigeze twibeshya,Munnanganwa aravuga kandi ko azakomeza guhora turangwa n'ukuri." }
{ "en": "But in an audio statement released by the U.S. Embassy in Harare, U.S. Ambassador to the United Nations Linda Thomas-Greenfield said sanctions on Zimbabwes leadership were not hurting ordinary citizens.", "kin": "Ariko mu byashyizwe ahagaragara na Ambasade y’Amerika i Harare, Ambasaderi w’Amerika mu Muryango w’abibumbye Linda Thomas-Greenfield yavuze ko ibihano byahawe abayobozi ba Zimbabwe bitababaje gusa abaturage basanzwe." }
{ "en": "\"Our sanctions target individuals and institutions that are committing human rights violations. And we make every effort to ensure those sanctions do not impact the people. What is happening in Zimbabwe is a result of bad policies in Zimbabwe. What is happening in Zimbabwe is a consequence of their leadership. It is not a consequence of our sanctions, and we will always resist any criticism that says our sanctions are impacting people unfairly. We are criticized by the government [of Zimbabwe] for these actions because they know they are responsible for these actions. I regret that the special rapporteur decided to put this in [her] report,\" Thomas-Greenfield said.", "kin": "Ibihano byacu byibanda ku bantu no ku bigo birimo guhonyora uburenganzira bwa muntu. Kandi dukora ibishoboka byose kugira ngo ibyo bihano bitagira ingaruka ku baturage. Ibibera muri Zimbabwe ni ingaruka za politiki mbi muri Zimbabwe. Ibibera muri Zimbabwe ni ingaruka z'ubuyobozi bwabo.Ntabwo ari ingaruka z'ibihano byacu, kandi tuzahora tunenga abavuga ko ibihano byacu bigira ingaruka ku bantu. Turanengwa na guverinoma [ya Zimbabwe] kubera ibyo bikorwa kuko bazi ko ari bo babishinzwe. Ndicuza kuba umunyamakuru wihariye yahisemo kubitangaza muri raporo ye , Thomas-Greenfield." }
{ "en": "The European Union imposed travel and financial sanctions on then-Zimbabwean president Robert Mugabe and his allies in 2002, in response to reports of election-rigging and human rights. The U.S. followed suit with sanctions in 2003.", "kin": "Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’iburayi wahaye ibihano perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe na bagenzi be, harimo guhagarika ingendo no gucibwa amafaranga mu 2002, hagarutswe ku makuru yavuga ko uburiganya bw’amatora n’uburenganzira bwa muntu. Amerika yabashyiriyeho ibihano mu 2003." }
{ "en": "Earlier this week, in separate statements, the U.S., Britain and the European Union said Zimbabwes economy was suffering, not because of sanctions but because of corruption and government mismanagement of the countrys resources.", "kin": "Mu ntangiriro z'iki cyumweru, mu mvugo zitandukanye, Amerika, Ubwongereza n’Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’ iburayi byavuze ko kuba ubukungu bwa Zimbabwe bwifashe nabi, bitatewe n’ibihano ahubwo biterwa na ruswa ndetse n’imicungire mibi ya leta ku mutungo w’ibihugu." }
{ "en": "Zimbabwean Liberation War Vets Released After Protesting Low Pensions", "kin": "Abari bafunzwe bazira imyigaragambyo itewe no guhabwa amafaranga make ya Pansiyo barekuwe." }
{ "en": "A court in Zimbabwe Friday ordered the release of about 40 veterans of the nations 1970s independence war, four days after they tried to petition President Emmerson Mnangagwa about their low monthly pension.", "kin": "Ku wa Gatanu, urukiko rwo muri Zimbabwe rwategetse irekurwa ry’abasirikare 40 bagize uruhare mukurwanira ubwigenge mu myaka ya za 70, nyuma y'iminsi bafunguwe bagerage kubaza perezida Emmerson Mnangagwa ibijyanye na pansiyo yabo ya buri kwezi." }
{ "en": "Their lawyers accuse the government of infringing on citizens right to demonstrate, particularly those who opposed President Mnangagwas rule.", "kin": "Abunganizi babo bashinja guverinoma kubangamira uburenganzira bw'abaturage , cyane cyane abatavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Perezida Mnangagwa." }
{ "en": "War veterans chatted outside the courtroom Friday after Magistrate Barbra Mateko ordered their release on about $40 bail. They were arrested Monday while trying to go to Mnangagwas office to ask for a review of their less than $100 monthly pension.", "kin": "Ku wa Gatanu, abahoze mu ntambara baganiriye n'urukiko nyuma y’uko umucamanza Barbra Mateko ategeka ko barekurwa ariko bagatanga ingwate y’amadolari 40. Ku wa mbere, batawe muri yombi ubwo bageragezaga kujya ku biro bya Mnangagwa kugira ngo bigaragambye basaba isubirwamo ry'amafaranga ya pansiyo atarenga 100 $ buri kwezi." }
{ "en": "Paidamoyo Saurombe, from Zimbabwe Lawyers for Human Rights, spoke to VOA after he secured the war veterans release on bail.", "kin": "Paidamoyo Saurombe, ukomoka mu ishyaka rya Zimbabwe riharanira uburenganzira bwa muntu, yaganiriye na VOA nyuma yo kubona ko abahoze mu ntambara barekuwe by'agateganyo." }
{ "en": "\"Its not a crime to demonstrate in Zimbabwe, its not a crime to petition. Its actually provided for by the constitution,\" Saurombe said. \"So in anything that has to be done, it has to be done in those ambits of the constitution or in those constitutional provisions. And our clients were following constitutional provisions, so to say they committed a crime it would rather be absurd.\"", "kin": "Saurombe ati: \"Ntabwo ari icyaha kwigaragambya muri Zimbabwe, ntabwo gusaba icyo ushaka ari icyaha mu by'ukuri giteganywa n'itegeko nshinga.\" Ibintu byose bigomba gukorwa hubahirizwa itegeko nshinga cyangwa ingingo z’itegeko nshinga. Kandi abakiriya bacu bakurikizaga ibiteganywa n'itegeko nshinga, ku buryo kuvuga ko bakoze icyaha byaba ari ubuswa.\"" }
{ "en": "The veterans are expected to go on trial next month. The offense of \"breaching the peace,\" which they face, has an option of a fine if they are convicted.", "kin": "Biteganijwe ko abahoze mu rugerero bazaburanishwa ukwezi gutaha. Icyaha cyo \"guhungabanya amahoro,\" bakazacibwaihazabu nibaramuka bahamwe n'icyaha." }
{ "en": "Addressing senior members of the ruling ZANU-PF party Friday in Bindura, about 80 kilometers north of Harare, President Mnangagwa said the war veterans had broken protocol.", "kin": "Ku wa Gatanu, Perezida Mnangagwa yagejeje ku bayobozi bakuru b’ishyaka riri ku butegetsi rya ZANU-PF i Bindura, nko mu birometero 80 mu majyaruguru ya Harare, Perezida Mnangagwa yavuze ko abahoze mu ntambara barenze ku masezerano." }
{ "en": "\"Various initiatives have been implemented to improve the dignity, welfare and economic empowerment of veterans of the liberation struggle and dependence of the heroes,\" Mnangagwa said. \"But I urge the war veterans to use procedures in the party, not outside the party.Their rich ideological grounding should galvanize the principle of patriotism in the hearts and minds of cadres and embolden them in their efforts to ensure that ZANU-PF remains the party of choice which wholeheartedly serves the people.\"", "kin": "Mnangagwa ati: \"Hashyizweho ingamba zinyuranye zo kuzamura icyubahiro, imibereho myiza no kongerera ubushobozi ubukungu bw'abahoze ku rugamba rwo kwibohora.\" Ariko ndasaba abasezerewe kurugamba gukoresha ukuri mu ishyaka, atari hanze y'ishyaka. Impamvu zabo zishingiye ku bitekerezo zigomba gushimangira ihame ryo gukunda igihugu mu mitima no mu bitekerezo by'abakozi kandi bikabashyira mu bikorwa kugira ngo ZANU-PF ikomeze kuba ishyaka ryiza rikorera abaturage ribikuye ku mutima. \"" }
{ "en": "At the court, one of the war veterans, who identified himself as Cde Tendai, said he was relieved his colleagues had been granted bail because some of them have chronic conditions.", "kin": "Mu rukiko, umwe mu basezerewe mu ntambara wiyise Cde Tendai, yasezereye bagenzi be kubera ko bamwe muri barwaye indwara zidakira." }
{ "en": "\"We were concerned by their health,\" Tendai said. \"We feared that some of them may have died because most war veterans are stressed by so many things. We were surprised by their arrests. We were not violent, we respect the rule of law and our government. The only issue was: we want to petition since we are getting very little money considering how life is difficult.\"", "kin": "Tendai ati: \"Twari duhangayikishijwe n'ubuzima bwabo.\" \"Twatinyaga ko bamwe muri bo bashobora kuba bapfa kubera ko abahoze mu ntambara benshi bahangayikishijwe n'ibintu byinshi. Twatunguwe n'ifungwa ryabo. Ntabwo twari abanyarugomo, twubaha amategeko na guverinoma yacu. Ikibazo gusa cyari iki: Ni uko twasabaga amafaranga kuko asanzwe yari make cyane ugereranyije n'uko ubuzima bumeze. \"" }
{ "en": "Zimbabwes war of liberation from the white minority-led rule of Ian Smith lasted for 16 years, from 1964 to 1980.The government still pays monthly pensions to about 30,000 veterans of the war.", "kin": "Intambara ya Zimbabwe yo kwibohora ku butegetsi bw’abazungu bayobowe na Ian Smith yamaze imyaka 16, kuva 1964 kugeza 1980. Guverinoma iracyishyura pansiyo ya buri kwezi ku basirikare 30.000 bahoze mu ntambara." }
{ "en": "Zimbabwe Government: No COVID-19 Shot, No Work, No Pay", "kin": "Guverinoma ya Zimbabwe iragira iti\" Kubera COVID-19 , Nta kazi, nta n' umushahara" }
{ "en": "Union leaders have angrily reacted to the Zimbabwean governments announcement Sunday that workers who have not been vaccinated against COVID-19 will no longer be allowed at work and will not be paid. This is seen as part of efforts to deal with high vaccination hesitancy in the southern African nation. .", "kin": "Ku cyumweru, abayobozi b’ubumwe bw’abakozi barakariye guverinoma ya Zimbabwe kubera gutangaza ko abakozi batakingiwe COVID-19 batazongera kwemererwa kujya ku kazi kandi ko batazahembwa. Ibi bifatwa ariko bifatwa nk' ingamba zo kongera umubare w'abakingirwa mugihugu cya Afrika yepfo. ." }
{ "en": "Ndabaningi Nick Mangwana, Zimbabwes secretary for information, over the weekend told government-controlled media that all civil servants who have not been vaccinated against COVID-19 will not be allowed to work come Monday.", "kin": "Ndabaningi Nick Mangwana, umunyamabanga wa Zimbabwes ushinzwe itangazamakuru, mu mpera z'icyumweru gishize yatangarije ibitangazamakuru bigenzurwa na leta ko abakozi ba Leta bose batakingiwe COVID-19 batazemererwa gukora ku wa mbere." }
{ "en": "\"There is no extension to the deadline of 15 October, when civil servants are expected to all having been vaccinated, failure of which those who are not vaccinated would not be allowed to work. And further to that is the fact that those who are not vaccinated and those who are not working will not be paid because the thrust is that if you do not work, you dont get paid,\" he said.", "kin": "Ntago hongerewe igihe ntarengwa cyo kuba barangije gukingirwa kuko kuwa 15 Ukwakira ni cyo gihe biteganijwe ko abakozi ba Leta bose bazaba bakingiwe, kwanga gukingirwa kwabo nibyo bizatuma batemererwa gukora. Ikindi kandi ni uko abatarakingiwe inkingo batazakora akazi kandi ntibazahembwa kuko intego ni uko niba udakora, utahembwa ." }
{ "en": "Schoolteachers, who constitute the largest proportion of Zimbabwes civil servants, say the Friday deadline the government set was unilateral.", "kin": "Abarimu bigisha nibo bagize igice kinini cy’abakozi ba Leta ba Zimbabwe, bavuga ko igihe ntarengwa cyo gukingirwa ari kuwa Gatanu guverinoma yashyizeho." }
{ "en": "\"Fundamentally, there was no agreement over the issue of vaccination,\" said Takavafira Zhou, president of Progressive Teachers Union of Zimbabwe. \"Our position as workers has always remained that we encourage our members to be vaccinated. But by no means should our encouragement be misconstrued for mandatory vaccination. Our position is very clear: vaccination must be voluntary. Not mandatory. We must invest in the efficacy of vaccination — explaining to members how vaccination would assist them in terms of boosting their immunity but that has not been done.\"", "kin": "Perezida w'ishyirahamwe ry'abarimu bateye imbere muri Zimbabwe, Takavafira Zhou yagize ati: \"Muri rusange, nta masezerano yari afite ku kibazo cyo gukingira.\" \"Umwanya dufite nk'abakozi ntago wahindutse, ubwo rero turashishikariza abanyamuryango bacu gukingirwa. Ariko ntago twifuza ko imikorere yacu igomba kunengwa kugeza ubwo haboneka abantu bakingirwa ku gahato. Inshingsno dufite zirasobanutse neza: gukingirwa bigomba kuba ku bushake. Ntabwo ari itegeko. Twagombaga gushora imari mu bikorwa cyo gukingira - gusobanurira abanyamuryango uburyo inkingo zabafasha mu rwego rwo kongera ubudahangarwa bwabo. \"" }
{ "en": "Zimbabwes government says it has fully vaccinated 2,472,859 people since the program started in February.", "kin": "Guverinoma ya Zimbabwe ivuga ko imaze gukingiza abantu 2,472.859 kuva gahunda yatangira muri Gashyantare." }
{ "en": "Zhou said Zimbabweans were shunning vaccinations for several reasons that the government must first understand, from religious reasons to lack of knowledge about COVID-19 vaccines to lack of trust in the imported Chinese SINOVAC and SINOPHARM vaccines.", "kin": "Zhou yavuze ko Abanyazimbabwe bari kwanga inkingo kubera impamvu nyinshi guverinoma igomba kubanza gusobanukirwa harimo nk'impamvu z’amadini ubumenyi buke ku nkingo za COVID-19 ,kutizerana inkingo za SINOVAC z’Abashinwa zitumizwa mu mahanga na SINOPHARM." }
{ "en": "He said all civil servants must continue coming to work while unions were considering going to court over purported dismissals.", "kin": "Yavuze ko abakozi ba Leta bose bagomba gukomeza kuza ku kazi mu gihe ihuriro ry’amashyirahamwe y’abakozi ari gushaka uko yajya mu rukiko kubera kwirukanwa kwabo" }
{ "en": "\"The members will only stop going to work if there is a formal letter from the Public Service Commission dismissing them. But even with that formal letter, it will still be challenged because its legality must also be established. But as of now the teachers still remain at their stations, demotivated of course, shimmering in poverty and misery but they remain employees of the government,\" he said.", "kin": "Abanyamuryango bazahagarika kujya ku kazi ari uko hari ibaruwa y'ubuyobozi ya Komisiyo ishinzwe abakozi ba Leta ibasezerera. Ariko nubwo iyo baruwa yaboneka izakomeza kutizerwa kubera ko nayo igomba kwandikwa hubahirizwa amategeko. Ariko kugeza ubu abarimu baracyari mu macumbi yabo , bari guhura n'ubukene ariko baracyari abakozi ba guverinoma ." }
{ "en": "Zimbabwe currently has 132,333 confirmed coronavirus infections and 4,657 deaths, according to the Johns Hopkins Coronavirus Resource Center, which tracks the global outbreak. Civil servants — especially teachers — have long complained about lack of adequate protective equipment in classrooms to curb the spread of COVID-19. Zimbabwes government, however, maintains it is providing enough resources in the fight against the pandemic.", "kin": "Nk’uko bitangazwa na Johns Hopkins Coronavirus Resource Centre ikurikirana icyorezo ku isi, ngo muri iki gihe Zimbabwe ifite abantu 132.333 banduye indwara ya coronavirus ndetse na 4,657 bapfuye. Abakozi ba Leta - cyane cyane abarimu - kuva kera binubira kubura ibikoresho bihagije byo gukingira mu byumba by’ishuri kugira ngo COVID-19 ireke gukwirakwizwa. Guverinoma ya Zimbabwe, ikomeza ivuga ko igiye gutanga ibikoresho bihagije mu kurwanya iki cyorezo." }
{ "en": "New Zealand Cricket Team Cancels Pakistan Tour Over Security Concerns", "kin": "Ikipe ya Cricket ya Nouvelle-Zélande yasubitse urugendo rwo kujya muri Pakisitani kubera umutekano" }
{ "en": "A New Zealand cricket team announced it was abandoning its tour of Pakistan, citing security concerns Friday, the day it was supposed to have its first match. \"Following an escalation in the New Zealand Government threat levels for Pakistan, and advice from NZC security advisers on the ground, it has been decided the BLACKCAPS will not continue with the tour,\" a press statement from the New Zealand cricket team said.", "kin": "Ikipe ya Cricket ya Nouvelle-Zélande yatangaje ko ihagaritse ingendo zayo muri Pakisitani kuri uyu wa Gatatu kubera impungenge z'umutekano , hari hateganijwe umukino Wa mbere. Itangazo rigenewe abanyamakuru ry’ikipe ya Cricket ya Nouvelle-Zélande ryagize riti: \"Nyuma y’uko muri Leta ya Nouvelle-Zélande Pakisitani, hagaragaye umutekano muke,abajyanama b’umutekano ba NZC , bemeje ko BLACKCAPS isubitse urugendo.\"" }
{ "en": "Pakistani officials reacted strongly, calling the decision \"unilateral\" and a conspiracy against Pakistans image. \"None of our various intelligence agencies had received any indication of a security threat,\" said Pakistans Interior Minister Sheikh Rasheed Ahmed. He added that Pakistan had offered to hold the matches without spectators, but the offer was rejected. Pakistani Federal Minister for Maritime Affairs Ali Haider Zaidi said he was \"appalled\" at the decision. \"Sadly, global politics has won over the great game of cricket! There were no security threats! @jacindaardern,\" he said, tagging the New Zealand prime minister in his tweet.", "kin": "Abayobozi ba Pakisitani babyakiriye neza, bavuga ko iki cyemezo \"ari ntamakemwa\" kandi ko ari uburyo bwiza bugaragaza isura nziza y'Abanyapakistani. Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu cya Pakisitani, Sheikh Rasheed Ahmed yagize ati: \"Nta nzego z’ubutasi zigeze zigaragaza ko hari ikintu gihungabanya umutekano.\" Yongeyeho ko Pakisitani yemeye gukina imikino ntabafana bahari ariko bakayangira. Minisitiri w’ibikorwa by’amazi muri Pakisitani, Ali Haider Zaidi, yatangaje ko yatangajwe n’iki cyemezo. Ati: \"Ikibabaje ni uko hari abanyapolitike ku isi batsinze umukino ukomeye wa Cricket! Nta kibazo cy'umutekano cyari gihari! @Jacindaardern\"." }
{ "en": "Prime Minister Imran Khan personally called Prime Minister Jacinda Ardern to guarantee the teams safety, but she stood by her teams decision, according to Ahmed and the Pakistan Cricket Board (PCB). The PCB said it had arranged \"fool proof security\" for the visiting team and New Zealand security officials had been satisfied with their arrangements. \"[C]ricket lovers in Pakistan and around the world will be disappointed by this last-minute withdrawal,\" the board said. The chief executive of the Black Caps, David White, said he could not ignore the advice he was receiving. \"I understand this will be a blow for the PCB, who have been wonderful hosts, but player safety is paramount, and we believe this is the only responsible option,\" he said. The two sides were to play three one-day matches in Rawalpindi, known as the twin city of the Pakistani capital, Islamabad, followed by a series of five limited over matches or T-20s in Pakistans second-largest city, Lahore.", "kin": "Minisitiri w’intebe Imran Khan yahamagaye Minisitiri w’intebe Jacinda Ardern kugira ngo amwizeze umutekano w’amakipe, ahagarara kucyemezo cyafashwe kubijyanye n' amakipe ye, nkuko byatangajwe na Ahmed hamwe n’ikigo gishinzwe imikino cya Pakisitani (PCB). PCB yavuze ko yacunze umutekano bitari ngombwa kuruhande rw' itsinda ryabasuye kandi abashinzwe umutekano muri Nouvelle-Zélande uburyo gahunda zabo ziteguye zirahagije. Ubuyobozi bwagize buti: \"Abakunzi ba rike muri Pakisitani ndetse no ku isi yose bazababazwa nuko umukino uzarangira.\" Umuyobozi mukuru wa Black Caps, David White, yavuze ko adashobora kwirengagiza inama yahawe. Ati: \"Numva ko ibi kuri PCB bizaba ari byiza, ariko umutekano w'abakinnyi nicyo cya mbere, kandi twizera ko iyi ari yo nzira yonyine ikwiye\". Impande zombi zagombaga gukina imikino itatu umunsi umwe i Rawalpindi, ahazwi nk'umujyi umeze kimwe nk' umurwa mukuru wa Pakisitani, Islamabad, hagakurikiraho indi mikino itatu ikurikiranye T-20s mu mujyi wa kabiri munini wa Pakisitani, Lahore." }
{ "en": "The chief executive of the PCB, Wasim Khan, told VOA the New Zealand team would head home Saturday on a chartered plane. An English cricket team was scheduled to visit Pakistan in October, but Interior Minister Ahmed said that tour also was now in doubt. \"Ministry of Interior has informed me that the English team is also thinking along the same lines. On our part, we are ready to welcome them. There is no security threat in our country to either New Zealand or England,\" he said. International cricket teams stopped visiting Pakistan after an attack on a Sri Lankan cricket team in 2009 in Lahore that wounded seven members of the team. Pakistan went through several years of violence starting approximately in 2007 as extremist groups blaming Pakistan for siding with the United States in its war on terror started attacking both its security forces and civilians. Pakistani officials claim up to 80,000 of their citizens died in these attacks, and the country suffered up to $150 billion worth of damage to its economy. In 2016, Pakistani cricket authorities formed the Pakistan Super League, six cricket teams representing six cities. The teams included international players in an effort to revive international cricket in Pakistan. The first two seasons of the league were played outside Pakistan in the United Arab Emirates. The first international team to return to Pakistan was Zimbabwe in 2015.", "kin": "Umuyobozi mukuru wa PCB, Wasim Khan, yabwiye VOA ko ikipe ya Nouvelle-Zélande izerekeza izasubira iwabo ku wa Gatandatu ikodesheje indege. Biteganijwe ko ikipe y’umukino wa Cricket mu Bwongereza izasura Pakisitani mu Kwakira, ariko Minisitiri w’imbere mu gihugu Ahmed yavuze ko uruzinduko narwo ruteye amakenga. Ati: \"Minisiteri y'Ubutegetsi bw'igihugu yamenyesheje ko ikipe y'Ubwongereza nayo ishaka kuza. Twebwe twiteguye kubakira. Nta kibazo cy'umutekano muke kiri mu gihugu cyacu haba muri Nouvelle-Zélande cyangwa mu Bwongereza\". Amakipe mpuzamahanga ya Cricket yahagaritse gusura Pakisitani nyuma y’igitero cyagabwe ku ikipe ya Cricket ya Sri Lankan mu 2009 i Lahore hagakomereka abantu barindwi bagize iyi kipe. Pakisitani yakorewe urugomo guhera muntangiro zo mu 2007 ubwo imitwe y’intagondwa yashinjaga Pakisitani kuba yarashyigikiye Amerika mu ntambara yo kurwanya iterabwoba yatangiye kwibasira abashinzwe umutekano ndetse n’abasivili. Abayobozi ba Pakisitani bavuga ko abaturage babo bagera ku 80.000 bapfiriye muri ibyo bitero, kandi igihugu cyahuye ningaruka mbi kubukungu bugabanuka kugera kuri miliyari 150 z'amadolari. Muri 2016, abategetsi ba Cricket muri Pakisitani bashinze Pakistan Super League, amakipe atandatu ya Cricket ahagarariye imigi itandatu. Amakipe yarimo abakinnyi mpuzamahanga mu rwego rwo kubyutsa umupira w'amaguru mpuzamahanga muri Pakisitani. ibyiciro bibiri byambere bya shampiyona byakiniwe hanze ya Pakisitani muri United Arab Emirates. Ikipe mpuzamahanga ya mbere yaje gukinira muri Pakisitani ni Zimbabwe muri 2015." }
{ "en": "African Leaders Discuss Ways to Minimize Impact of Climate Change", "kin": "Abayobozi b'Abanyafurika baganira ku buryo bwo kugabanya ingaruka z’imihindagurikire y’ibihe" }