kin
stringlengths
5
22.5k
eng
stringlengths
6
6.85k
Koperative zari zisanzweho mbere y’uko iri tegeko ritangazwa mu igazeti ya leta ya repubulika y’u rwanda zihawe igihe cy’imyaka itatu (3) uhereye ku munsi iri tegeko ritangarijwe kugira ngo zibe zubahirije ibiteganywa n’iri tegeko.
Cooperatives registered before the publication of this law in the official gazette of the republic of rwanda are required to comply with the provisions of this law in a period of three (3) years from the date of publication of this law.
Abawinjiramo ni abantu bemerwa mu muryango bamaze kurahirira gukurikiza amahame y‟umuryango, aho baba bashyizwe hose. kuba umunyamuryango bitangwa n‟umukuru w‟intara abyumvikanyeho n‟inama y‟intara, bisabwe n‟ubishaka kandi hashize imyaka itatu y‟amahugurwa ajyanye nabyo.
Adherent members are physical persons who are admitted after taking the oath to submit themselves to the principles of the organization. membership is granted by the provincial minister on consent with the provincial definitely, upon request and after a training period of three years in the matter.
(3) utanga serivisi zo kwishyurana agomba kumenya, gusesengura, no kumva ingorane z’iyezandonke no gutera inkunga iterabwoba ashobora guhura nazo no gukora amasuzuma y’ingorane runaka yihariye ahuye n’ikigo cye n’ibikorwa bye. kubera iyo mpamvu, kurwanya iyezandonke no gutera inkunga iterabwoba, kumenya imyirondoro y’umukiriya, ibikorwa byo gukurikirana no kugenzura, byose bigomba gushingira ku ngorane kandi bikajyana n’isesengura ry’ingorane zishobora kubaho.
(3) payment service provider must identify, assess, and understand the aml/cft risks to which he or she is exposed and conduct enterprise-level and business relationship- specific risk assessments. accordingly, all aml/cft cdd, monitoring and controls must be risk-based and aligned to the risk assessments.
Ingingo ya 14: ibyemezo by’inama za komite y’ubuzima y’ibitaro
Article 14: decisions from meetings of the hospital health committee
Umukozi wa leta wasezeye burundu ku kazi nta burenganzira aba afite bwo gusubira mu kazi mu butegetsi bwa leta.
A public servant whose deliberate resignation has been accepted shall have no right to be reintegrated in public service.
(a) agaciro ku isoko k’inyubako n’ikibanza cyayo;
(a) the market value of a building and related plot;
Ingingo ya 21: gutanga amakuru ku bikorwa by’abantu bafitanye isano n’ikigo cy’imari
Article 21: disclosure of related parties’ transactions
Iteka rya minisitiri w’intebe rishyiraho umujyanama wa kabiri……………………………34
Prime minister’s order appointing a second counsellor……………………………………34
5°. iosco: ikigo mpuzamahanga gishinzwe iby’imari n’imigabane;
5°. iosco: organisation internationale des commissions de valeurs;
Amazina y’umuyobozi……………………………. ku rwego rwa 1 (niba ahari
Supervisor's name supervisor's name …………………………………………………… (first in hierarchy if any) (second in hierarchy if any)
Ishami rishinzwe iperereza ku mari rikora, hakurikijwe imyanzuro y‟umuryango w‟abibumbye yo gukumira no guca iterankunga ry‟iterabwoba, urutonde rw‟abantu cyangwa imiryango bigomba gufatirwa ibyemezo kubera ko byagaragaweho gukora iterabwoba, gukorana n‟abakora iterabwoba cyangwa gutera inkunga or of terrorist organizations, report immediately their suspicion to the financial investigation unity. these reports are confidential and cannot be communicated to the owner or the author of the transaction.
In accordance with the united nations resolutions for the prevention and suppression of the financing of terrorist acts, the financial investigation unit shall establish a list of natural or legal persons and organizations who shall be subject to restrictive measures as terrorists or linked to terrorist organizations or financing établissements financiers et les autres personnes assujetties au titre de l‟article 3 de la présente loi doivent déclarer rapidement leurs soupçons à la cellule de renseignements financiers. ces déclarations sont confidentielles et ne peuvent être communiquées au propriétaire ou à l‟auteur des opérations.
Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka makumyabiri (20) ariko kitarenze imyaka makumyabiri n’itanu (25) n’ihazabu y’amafaranga y’u rwanda atari munsi ya miliyoni mirongo itanu (50,000,000 frw) ariko atarenze miliyoni ijana (100,000,000 frw).
Upon conviction, he/she is liable to imprisonment for a term of not less than twenty (20) years and not more than twenty-five (25) years and a fine of not less than fifty million rwandan francs ( frw 50,000,000) and not more than one hundred million rwandan francs (frw 100,000,000).
Asubiye ku iteka rya minisitiri w’intebe no 86/03 ryo ku wa 27/02/2015 rishyiraho imishahara n’ibindi bigenerwa abakozi b’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (meteo rwanda);
Having reviewed the prime minister’s order no 86/03 of 27/02/2015 determining salaries and fringe benefits for employees of rwanda meteorology agency (meteo rwanda);
Ingingo ya 14: ububasha bw’ishami mu gutanga amakuru rifite ishami rishobora koherereza urwego rw’ubugenzuzi rwo mu gihugu cyangwa rwo hanze rubishinzwe cyangwa abayobozi bashinzwe kubahiriza itegeko rikumira kandi rihana iyezandonke no gutera inkunga iterabwoba, amakuru aturuka , ku buryo buziguye cyangwa butaziguye, ku byasuzumwe, iyo rifite impamvu zifatika zemeza ko amakuru akemangwa cyangwa ko ashobora gutuma habaho iperereza ku bijyanye no kutubahiriza iri teka cyangwa ku cyaha cy’iyezandonke no gutera inkunga iterabwoba ryubahirije amabwiriza ya ensipegiteri jenerali, wa polisi y’u rwanda. ingingo ya 15: imikoranire n’amashami y’iperereza yo mu bindi bihugu ishami rishobora, ribyibwirije cyangwa ribisabwe, kwakira cyangwa guhana amakuru n’ishami ryo mu kindi gihugu rishinzwe iperereza cyangwa abandi banyamahanga bakora imirimo nk’iyo, ku byerekeye raporo y’ibikorwa bikemangwa, bapfa gusa kuba bahuje inshingano z’ibanga ry’akazi. muri urwo rwego, ishami rishobora gusinyana nabo amasezerano y’ubufatanye hakurikijwe amabwiriza ngengamikorere ategurwa means of analysis of facts and on site inspections.
Article 14: powers of the unit to transmit information the unit can transmit to a national or relevant foreign control organ or to the authorities responsible for the enforcement of the law on prevention and penalising the crime of money laundering and financing of terrorism the information resulting directly or indirectly from its examination, when it has good reasons to believe that the information is suspicious or that it can contribute to an investigation on the non-respect of this order or to the crime of money laundering and financing of terrorism in compliance with the instructions of the inspector general of the rwanda national police. article 15: relationships with foreign financial investigation units the unit can, on its own initiative or upon request, provide, receive or exchange information with the financial investigation unit from another country or other foreign counterparts with similar functions, about a suspicious transaction report, provided that the counterparts concerned are under the same obligations of professional secrecy. from this perspective, the unit can conclude cooperation agreements in compliance with the procedural manual prepared by the unit financement du terrorisme en procédant à l’examen de pièces et à des inspections sur place. article 14: pouvoirs de la cellule de transmettre les informations la cellule peut transmettre à l’organe de contrôle national ou étranger pertinent ou aux autorités chargées de la mise en application de la loi relative à la prévention et à la répression du blanchiment de capitaux et du financement du terrorisme les informations résultant directement ou indirectement de son examen, si elle a de bonnes raisons de croire que ces informations sont suspectes ou qu’elles peuvent contribuer à une enquête sur le non respect du présent arrêté ou sur le crime de blanchiment de capitaux et de financement du terrorisme en conformité avec les instructions de l’inspecteur général de police. article 15 : relations avec des cellules de renseignements financiers étrangères
2° kugaruza umutungo w’ubwizerane:
2° recovering of the trust property:
Iri teka rigena uburyo ububasha bw’umuhesha w’inkiko bukoreshwa. rigena kandi imiterere y’inyandiko yifashisha.
This order determines modalities of exercising the competence of a bailiff. it also determines the model of forms he or she uses.
 guteza imbere ubuhanga n’ubumenye ushyiraho amashuli y’abana n’urubyiruko..  guteza imbere ikoranabuhanga rigezweho higishwa ubumenyi bwo gukoresha mudasobwa n’ibijyanye nayo.  guteza imbere imishinga y’amavuriro yo kuvura no gukingira indwara ; gufasha abageze mu zabukuru n’abamugaye.
 the promotion of school projects for children and the youth.  the promotion of projects giving access to new information technology and communication (ntic).  the promotion of health projects for prevention as well as health care actions, care for the elderly and the disabled.
17° umuntu umwe (1) uhagarariye minisiteri y'ubutabera ugenwa na minisitiri ufite ubutabera mu nshingano ze;
17° one (1) representative of the ministry of justice appointed by the minister in charge of justice;
Iyo umwe mu bakomiseri avuye ku mirimo ye, perezida wa komisiyo abimenyesha perezida wa repubulika akagenera kopi sena na guverinoma mu gihe kitarenze iminsi umunani (8).
In case one of the commissioners ceases holding office, the chairperson of the commission shall inform the president of the republic with a copy to the senate and the government in a period not exceeding eight (8) days.
Ingingo ya 8: ivanwaho ry’ingingo zinyuranyije n’iri teka ingingo ya 9: igihe iteka ritangira gukurikizwa ministerial order n°006/2016 of 08/01/2016 determining curriculum, teaching hours and the language of instruction in primary, secondary and specialized schools
Ministerial order n°006/2016 of 08/01/2016 determining curriculum, teaching hours and the language of instruction in primary, secondary and specialized schools
N° 19/11 ryo kuwa 30/03/2007
N°19/11 du 30/03/2007
Ingingo ya 163: itambamirwa ry’urubanza rusangiwe n’ababuranyi benshi
Article 163: third party opposition against several joint parties
1º bafite amahame ubucuruzi yubahiriza amahame yo kudahungabana kw’ifaranga n’uk’ urwego rw’imari ;
1º financial business practices are consistent with monetary and financial stability standards;
Amabwiriza ya minisitiri ahindura kandi yuzuza amabwiriza ya minisitiri n o 612/08.11 yo ku wa 16/04/2014 ashyiraho uburyo bwo gutegura amasezerano, kuyumvikanaho, kuyasabaho ibitekerezo, kuyashyiraho umukono no kuyacunga…………………………….72
Ministerial instructions modifying and completing ministerial instructions n o 612/08.11 of 16/04/2014 setting up modalities for drafting, negotiating, requesting for opinions, signing and managing contracts………………………………………………………………………72
Ikigo cy‟imisoro n‟amahoro gifatanyije na banki nkuru y‟u rwanda gisuzuma ko ibisabwa byuzuye nyuma kigatanga raporo n‟ibyifuzo kuri minisiteri ifite imari mu nshingano zayo kugira ngo ibisuzume inabyemeze.
Rwanda revenue authority in collaboration with the national bank of rwanda shall assess the fulfillment of required conditions and make a report and proposal to the ministry in charge of finance for consideration and approval.
Abagenzuzi b’umurimo bakora inshingano zabo ku rwego rw’igihugu no ku nzego z’imitegekere y’igihugu zegerejwe abaturage.
The national overseer‟s office is made by the national overseer and his office staff.
Abahawe uruhushya gutanga raporo ku bibazo by’imari na tekiniki, ku mpanuka, ku nkongi y’umuriro no ku birebana n’imitunganyirize y’ibikorwa, no gutanga andi makuru yose akenewe ngo afashe urwego ngenzuramikorere gukurikirana neza uko uruhushya rwubahirizwa.
To report on financial, technical, accidents and fires issues, organization and other data needed to allow the regulatory authority to effectively monitor license compliance.
1° gutanga serivisi nziza z’ubuvuzi muri polisi y’u rwanda, gucunga ibitaro bya polisi n’andi mashami abishamikiyeho;
1° to ensure the smooth delivery of medical services in rwanda national police, the management of the police hospital and related services;
Ingingo ya 4: gutanga ububasha bwo gutanga amwe mu masoko
Article 4: delegation of powers in awarding some tenders
3° “inomero y’ibanga”: inyuguti cyangwa umubare bisimbura umwirondoro w’uwatanze amakuru bishyirwa ku nyandiko y’amakuru;
3° “code”: a number or a letter standing for the whistle blower’s identity that is attached to the information document;
Ingingo ya 72 y’itegeko ngenga n° 001/2019.ol ryo ku wa 29/07/2019
Law n° 71/2019 of 29/01/2020
5 º bwana niwenshuti richard, umunyamabanga uhoraho muri minisiteri y’ubucuruzi n’inganda.
5 º mr niwenshuti richard, permanent secretary in the ministry of trade and industry.
2º kugaragaza ko umukozi w’umunyamahanga afite impamyabumenyi n’uburambe bisabwa kuri uwo murimo; no
2° prove that the foreign employee has the required academic qualification and experience for such job; and
(2) ushinzwe gutanga amakuru amenyesha urwego umukozi ushinzwe iyubahirizwa washyizweho mu gihe kitarenze iminsi itatu y’akazi ikurikira ishyirwaho.
(2) a reporting person informs the centre of the designated compliance officer within three working days following the appointment.
Ingingo ya 17: ubusabe bwo kwandikisha ishoramari
Article 17: request for delisting
Inama y‟ubuyobozi ya sfb ni rwo rwego ruyiyobora kandi rushinzwe gufata ibyemezo. ifite ububasha busesuye n‟inshingano byo gucunga umutungo wa sfb kugira ngo ishobore kugera ku nshingano zayo.
The board of directors shall be the supreme administrative and decision-making organ of sfb. it shall have full powers and duties to manage the property of sfb for the purpose of achieving its mission.
22 nyirabukara denyse 0783143992
22 commercialization specialist 400 3.ii 1369 786,131
Aya mategeko yemejwe kandi ashyizweho umukono n‟abanyamuryango nyakuri bari ku ilisiti iyometseho. bikorewe i rubavu, kuwa 29/03/2011.
The present constitution is approved and adopted by the effective members of the organization mentioned on herewith list. done at rubavu, on march,29
Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y'u rwanda. article 48: commencement
This law shall come into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. article 48: entrée en vigueur
9° atagishoboye kurangiza neza inshingano ze kubera uburwayi cyangwa ubumuga byemejwe na muganga wemewe na leta;
9° he or she is no longer able to effectively discharge his or her duties due to a sickness or a disability approved by a recognised medical doctor;
Amaze kubona ko hari ibibazo leta igirana n‟abantu, ibyo bibazo bikaba bigaragaza ku buryo budashidikanywaho uburyozwe bwa leta, bikaba atari ngombwa ko bishyikirizwa inkiko kubera ko byongera umubare w‟imanza n‟indishyi z‟umurengera nta mpamvu ndetse binatinza ukurenganurwa k‟uwarenganye;
Noting that there are disputable cases that arise between the government and other parties which indicate that the government is liable and therefore unnecessary to proceed to courts because they create backlog of cases and lead to payment of unnecessary and excessive damages while delaying the administration of justice to the other party as well;
-inteko rusange; -komite nyobozi; -ubugenzuzi bw‟imari.
-the general assembly; -executive committee; -auditorship.
(2) iyo umukozi w’urwego rubifitiye ububasha abonye nta mpamvu zifatika zituma akeka iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba, gutera inkunga ikwirakwizwa ry’intwaro za kirimbuzi cyangwa ibindi byaha bifitanye isano na byo, asubiza amafaranga cyangwa inyandiko mvunjwafaranga yishyurwa uyifite utwara amafaranga.
(2) if a staff of the competent authority finds that there are no reasonable grounds of suspecting money laundering, terrorist financing, financing of proliferation of weapons of mass destruction or predicate offences, he or she returns back the cash or bearer negotiable instrument to the cash courier.
Gashyantare 2005 yerekeye kubungabunga no gufata neza ku buryo burambye amashyamba kamere yo mu karere k‟afurika yo hagati kandi ashyiraho presidential order n° 69/01 of 12/03/2014 ratifiying the treaty of 05 february 2005 on the conservation and sustainable management of forest ecosystems in central africa and establishing the central african forests commission (comifac)
Considering the treaty of 05 february 2005 on the conservation and sustainable management of forest ecosystems in central africa and establishing the central african forests arrete presidentiel n°69/01 du 12/03/2014 portant ratification du traite du 05 fevrier 2005 relatif a la conservation et a la gestion durable des ecosystemes forestiers d’afrique centrale et instituant la commission des forets d’afrique centrale (comifac)
32 º bwana gasana pascal, learning program coordination analyst muri minisiteri y’ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu;
32 º mr gasana pascal, learning program coordination analyst in the ministry of national unity and civic engagement;
2° gushyikiriza ikigo raporo ngarukamwaka igaragaza ingano y’ibyo yinjije mu gihugu cyangwa y’ibyo yohereje mu mahanga umwaka ubanza.
2° to submit to the authority an annual report of the total quantities imported or exported for the previous year.
2 º kuba atahungabanya umutekano w’igihugu.
2 º to not pose a threat to national security.
Kubera inyungu rusange z’ubuzima, ikintu icyo ari cyo cyose kiri mu bigize igikoresho cyo mu buvuzi kitujuje ubuziranenge kirabujijwe.
For purposes of public health interest, any part of a medical device that does not meet quality requirements is prohibited.
Yakoze;
The document;
6° isobanurampamvu rigaragaza ko ubwo butaka cyangwa aho hantu ari ho habereye uwo mushinga;
6° the explanatory note detailing that such land or place suits the project;
Iyo ugenewe isezeranya yarangije gukora iby’ingenzi bigize igisabwa, impamvu ndemyagihugu ntibuza irangizwa ry’isezeranya kubera ko uwatanze isezeranya ateganya gukoresha nabi icyo yahawe keretse ugenewe isezeranya yarabikoze agamije uko gukoresha nabi cyangwa azi neza ingaruka mbi z’icyo gikorwa ku bantu benshi.
If the promisee has substantially performed his/her obligations, a public order motive does not preclude the performance of a promise because of improper use that the promisor intends to make of what he/she obtains unless the promisee acted with intention of such an improper use or knew that the use involves grave social harm.
Bwana bizimungu abel agizwe umuhuzabikorwa wa gahunda zihariye mu ntara y’amajyepfo.
Mr. bizimungu abel is appointed coordinator of specific programs in the southern province.
Languide, wavukiye nyarugenge / rwanda kuwa 10/11/1978.
Languide, born in nyarugenge / rwanda on 10th /11/1978.
Ingingo ya 31: igihe cy’inzibacyuho
Article 31: transition period
(2) inama y’ubutegetsi igomba kugenzura ko ibintu byatuma imirimo ihagarara no kuba uburyo bukoreshwa bwagira ibibazo byo kudakora neza byirinzwe nko kwangirika kw’imitungo ifatika, ikoranabuhanga ridakwiye cyangwa rishaje, kutabika amakuru neza, kuba politiki, amabwiriza n’uburyo bw’igenzura bihari bidahagije, uburyo butanoze bw’imicungire y’amakuru no kuba gahunda z’ingoboka zihari zidahagije.
(2) the board of directors shall ensure the factors of business disruptions and systems failures such as damage to physical assets, inadequate or obsolete technology, lack of proper documentation, inadequate policies, procedures and controls, poor information management system and inadequate contingent plans are avoided.
Kugira ngo umugore atorerwe kujya muri komite nyobozi y‟inama y‟igihugu y‟abagore ku rwego rw‟igihugu, ku rwego rw‟intara no ku rwego rw‟umujyi wa kigali no ku rwego rw‟intara agomba kuba afite nibura impamyabumenyi yo mu rwego rwa a0. kugira ngo umugore atorerwe kujya muri komite nyobozi y‟inama y‟igihugu y‟abagore ku rwego rw‟akarere cyangwa ku rwego rw‟umurenge agomba kuba afite nibura impamyabumenyi yo mu 7° the in charge of legal affairs.
To be elected as a member of the executive committee of the national women‟s council at the district level, a female candidate must hold at least a2 level certificate. 7° la chargée des affaires juridique.
Inyandiko igena umusoro ni ikimenyetso cyemewe n’amategeko gishingirwaho mu kwishyuza umusoro, inyungu z’ubukererwe, amahazabu n’amafaranga yose atangwa mu kwishyuza.
The notice of assessment constitutes full legal basis for the recovery of tax, interest, penalties and all costs incurred collection.
Gikorwa gihambaye. inshamake y’igikorwa gihambaye, icyifuzwa n’inama y’ubutegetsi kuri icyo gikorwa na kopi y’inyandiko ikubiyemo inama z’umujyanama bigomba guhabwa abanyamigabane bose bafite uburenganzira bwo kwitabira inama;
Ingingo ya 199: ibikorwa by’ibanze mu to consider the transaction. the company gives a summary of the transaction, the recommendation of the board of directors on the transaction, and a copy of the independent adviser’s opinion, to all shareholders entitled to attend the meeting;
Ingingo ya 11: abayobozi bashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka
Article 11: authorities responsible for implementation of this order
Mu minsi cumi n’itanu ikurikira iyakirwa ry’ubusabe cyangwa mu yindi minsi cumi n’itanu (15) y’inyongera ikurikira iyakirwa ry’amakuru y’inyongera yari yasabwe, ikigo kigomba gutanga icyemezo cyangwa se kikamenyesha uwatanze ubusabe ko kidashobora kumuha icyemezo kandi kikamumenyesha impamvu yatumye cyanga kumuha icyemezo.
Within fifteen (15) days after the receipt of an application, or within an additional fifteen (15) days after the receipt of any additional information required, the authority shall issue a license, or inform the applicant that it refuses to issue a license, stating the grounds upon which the refusal is based.
Haseguriwe ibivugwa muri uyu mutwe, ibindi byose bijyanye n’iburanisha ry’imanza z’ubutegetsi, hakurikizwa amategeko asanzwe agenga imiburanishirize y’imanza nk’uko biteganywa n’iri tegeko.
Without prejudice to provisions of this chapter, any other matter relating to administrative cases shall comply with the ordinary procedure provided for by this law.
17° ikindi gikorwa cyose kibyara umusaruro.
17° any other income generating activity.
Buri mubyeyi cyangwa undi muntu wese ufite ububasha ku mwana ku bw’itegeko afite inshingano yo kumusuzumisha no kumuvuza.
Every parent or any other person having a legally recognised authority over a child has an obligation to get him/her to medical examination and treatment.
4° niba isosiyete ihamagarira rubanda kuguramo imigabane cyangwa itabikora;
4° whether the company is a public or a private company;
Ingingo ya 57: ingamba n’uburyo by’igenzura ry’imbere insurers
Article 56: risk management policies and systems
§ 1. diyosezi gatolika ya kabgayi ikorera imirimo yayo mu rwanda hakurikijwe imbibi zayo zashyizweho n‟ubuyobozi bukuru bwa kiliziya gatolika (can 373).
§ 1. the catholic diocese of kabgayi carries out its activities on rwandan territory included within the ecclesiastical administrative boundaries established by the holy see (can 373).
Intumwa ya leta ishyirwaho na minisitiri w‟ubutabera/intumwa nkuru ya leta niwe uba umwanditsi wa komite.
The state attorney appointed by the minister of justice/attorney general shall be the secretary of the committee.
2º ahamagariwe undi murimo ufitiye igihugu cyangwa umuryango w’afurika y’iburasirazuba akamaro;
2º he/she is given other duties of the country’s interest or of the east african community;
2° abatishoboye berekanye icyemezo cyatanzwe n’ubuyobozi bubifitiye ububasha;
2° a destitute with a certificate issued by competent authority;
Ingingo ya 15: ingingo zinyuranye
Article 15: miscellaneous
Ingingo ya 35 : umuryango ugenera umutungo wawo ibikorwa byose bituma ugera ku ntego zawo. nta munyamuryango ugomba kuwiyitirira cyangwa ngo agire icyo asaba igihe asezeye, yirukanwe cyangwa iyo umuryango usheshwe.
Article 30: the organization‟s resources are affected to any input favorable to success. any member shall never claim a part or possession of the resources when expelled, resign, and deceased or after the dissolution of the association.
Minisitiri, umuyobozi wa komite nyobozi y’urwego rwegerejwe abaturage cyangwa umuyobozi w’isosiyete y’ubucuruzi ya leta ni bo bonyine bafite ububasha bwo kureba ko ibyishyurwa byose bituruka ku nguzanyo cyangwa ingwate zemejwe na minisitiri byateganyirijwe ingengo y’imari kandi ko ubwishyu bwahawe ababerewemo imyenda hakurikijwe ibiteganywa mu masezerano y’inguzanyo cyangwa y’ingwate ku byerekeye kwishyura.
The minister, the chairperson of the executive committee of a decentralised entity or the head of a state-owned company have the sole authority to ensure that all payments required to meet debt obligations emanating from borrowing or a call on guarantees given by the minister are budgeted for and payments are made to creditors according to the repayment provisions of the borrowing or guarantee agreements.
Inyandiko imenyekanisha amakuru y’ingenzi yerekeye igicuruzwa cy’imari igomba kuba iri mu gikoresho kiramba.
A key facts statement for a financial product must be written on a durable medium.
Ingingo ya 28: itangabubasha
Article 28: powers
7° izo manza zagenwemo n’urukiko indishyi zingana cyangwa zirenze miliyoni makumyabiri (20.000.000 frw) cyangwa se zifite ikiburanwa cy’agaciro kangana cyangwa karenze amafaranga miliyoni makumyabiri (20.000.000 frw) ;
7° involve judgments in respect of which there was an award of damages equal to or exceeding twenty million ( 20.000.000) rwandan francs or the subject matter in dispute is equal to or exceeds twenty million ( 20.000.000) rwandan francs;
Gukoresha nabi uburenganzira mbonezamubano no kubukoresha mu buryo burenze cyangwa budasobanutse, hagamijwe kubangamira undi muntu, ntibyemewe n’amategeko.
Abuse and excessive or unreasonable exercise of civil rights with the intent to inflict harm upon another shall not be protected by law.
Umupolisi wese ufite nibura impamyabumenyi y‟icyiciro cya kabiri cya kaminuza ukora akazi ka “accountant, budget officer, internal auditor” cyangwa “procurement officer” afite ipeti riri munsi ya “chief inspector of police” ahabwa ikinyuranyo gituma amafaranga atahana ahwana n‟ayo “chief inspector of police” atahana.
Any police staff holding a bachelor‟s degree, doing administrative work, as an accountant, budget officer, internal auditor or procurement officer holding the rank below chief inspector of police is given an additional top up salary equivalent to the one of the chief inspector of police
Mu mitunganyirize y‟imirimo y‟ubugenzacyaha, abakozi ba komisiyo bakora mu bwisanzure kandi bubahiriza amategeko.
While executing their investigation powers, the commission‟s staff shall work independently and in the respect of laws.
Ur igizwe n’inzego nkuru ennye (4) zikurikira:
The association is comprised of four (4) organs as follows:
Umutwe wa ii: inshingano za ilpd
Chapter ii: mission of ilpd
2° inshingano zerekeranye no kwishyura imyenda ziteganywa n’ingingo ya 150
4° duties relating to use of company information and advice under article 150
Amabwiriza ya minisitiri ufite uburezi mu nshingano agena uburyo abagize komite batoranywa n’imikorere ya komite.
Instructions of the minister in charge of education determines modalities for appointment of members and functioning of the committee.
F. kugira abakiriya inama ku byerekeranye n’imisoro;
F. advise clients on tax issues;
Isuzuma cyangwa kwisuzuma bikorwa buri mwaka kandi kuba ryarakozwe bigaragazwa muri raporo y’umwaka.
The evaluation or self-assessment shall be conducted annually and the fact that it has been done shall be disclosed in the annual report.
Ahagenewe ubucuruzi n’inganda ubutaka bwateguwe bufite ibikorwaremezo by’ibanze 10 kugeza kuri 20
Commercial and industrial area serviced land with basic infrastructure 10 to 20
Ibahasha inyandiko y’ipiganwa ifunzemo igomba kuba ifite inomero y’isoko yatanzwe n’urwego rutanga isoko.
The enveloppe containing the tender must bear the tender number assigned to the procurement proceedings by the procuring entity.
Icungamutungo ry‟ikigo ry‟umwaka rikorerwa ubugenzuzi n‟umugenzuzi w‟imari ushyirwaho n‟inama y‟ubuyobozi.
The annual accounts of the centre shall be audited by an auditor appointed by the board of directors.
Mbere yo gutangiza igikorwa cyo kwamamaza serivisi cyangwa igicuruzwa, uwahawe uruhushya agomba gutanga inyandiko ikubiyemo ibisobanuro igaragaza amakuru akurikira:
Before the launch of promotion of service or product, the licensee must submit a descriptive report indicating the following information:
Ubugenzuzi bukuru bw’imari ya leta bugenzura imikoreshereze y’amafaranga ava mu mitungo icungwa na komisiyo.
The auditor general of state finance shall control the use of finance from the property managed by the commission.
Iteka rya perezida n° 103/01 ryo ku wa 30/09/2015 rishyiraho perezida w’urwego
Presidential order n° 103/01 of 30/09/2015 appointing a chancellor
Uwemerewe kuba umuvugizi w‟umuryango «association rwandaise de promotion d‟interet commun (arpic)» ni bwana kabarisa jean claude, umunyarwanda uba mu murenge wa rwezamenyo, akarere ka nyarugenge, mu mujyi wa kigali. d‟interet commun (arpic)» situate at gasabo district, kigali city.
Mr kabarisa jean claude, of rwandan nationality, residing in rwezamenyo sector, nyarungenge district, in kigali city, is hereby authorised to be the legal representative of the «association rwandese de promotion d‟interet commun (arpic)». commun (arpic)» dont le siège est dans le district de gasabo, ville de kigali.
- guharanira iterambere risesuye rya muntu rishingiye ku burere-ndangagaciro bwa gikristu n’umuco gakondo bishimangira ubutabera n’amahoro.
- to promote a human complete development based on the christian and traditional education values encouraging justice and peace.
Ingingo ya 12: intego y’isosiyete
Article 12 : company’s objective
4.3.1 ibigo bigomba kugira politiki y`iterambere ry`abakozi,hakanashyirwaho uburyo buboneye bw`ubufatanye bw`abakozi mwiterambere. ibigo bisabwe kumenyesha buri 4.2.2 the appointment and promotion of administrative, technical and support staff in public higher education institutions shall be governed by the general statutes for rwanda public service.
4.3.1 institutions must have a staff development policy and make adequate provision for staff to participate in development. institutions will be required to inform the national council for 4.2.2. le recrutement et promotion du personnel administratif, technicien et personnel d‟appui dans les institutions d‟enseignement supérieur publiques sont régis par la loi portant statuts de la fonction publique.
Umukoresha agomba kongerera umukozi umunsi w’ikiruhuko mu gihe :
The employer must grant one extra day of paid leave to a worker :
4º ategetswe kwihatira kurengera ibyagirira akamaro rusange abo ayobora, agakemura ibibazo by’amakimbirane bishobora kuvuka;
4º shall be instructed to work in favour of his/her subordinates’ interests and resolve any conflict which may arise.
Ingingo ya 353 y’itegeko n°18/2004 ryo kuwa 20/06/2004 ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’imbonezamubano, iz’ubucuruzi, iz’umurimo n’iz’ubutegetsi ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira :
Article 353 of law n°18/2004 of 20/06/2004 relating to the civil, commercial, labour and administrative procedure is modified and complemented as follows:
Inzego z‟umuryango ni inteko rusange, komite nyobozi, ubugenzuzi bw‟imari n‟urwego rushinzwe gucyemura amakimbirane.
Organs of the association include general assembly, board of directors, board of auditors and committee in charge of social conflict resolution.
2° yemererwa n’amategeko gukora amasezerano;
2° has the legal capacity to enter into a contract;
Ingingo ya 132: ibindi bikorwa bihanwa nk‟icyaha cya jenoside, ibyaha byibasira inyokomuntu n‟ibyaha by‟intambara
Article 132: other acts punished as the crime of genocide, crimes against humanity and war crimes