TTS 1_2
stringlengths
7
10
ntivuga ko Nehemiya yakoreye umugabo wa Esiteri umwami Ahasuwerusi ahubwo yakoreye uwamusimbuye.
stringlengths
20
180
Unnamed: 2
float64
TTS 5_33
Abahagarariye urubyiruko bavuga ko abavugabutumwa bataborohera ku ikoreshwa ry’agakingirizo.
null
TTS 5_34
Icyo gihe abakire benshi bifuzaga kugura urwo rubuga ariko Zake akabyanga
null
TTS 5_35
Bamwe mu bafashwe bari bafite impapuro z'inzira zo muri Afurika y’Epfo.
null
TTS 5_36
Manzi ntiyatekerezaga ko mariya azaza kare mu gitondo bityo aburana avuga ko atari ahari mu ijoro Mariya yishwemo
null
TTS 5_37
Ku buryo, abakoloni b’Abongereza bari baramufunze, bagombye kumufungura, bemera ko ashyiraho guverinoma y'agateganyo.
null
TTS 5_38
umuntu urya nk'ibyo urya yakagombye kuba ari umukozi w'umunyembaraga
null
TTS 5_39
Ibi bisasu byose Koreya ya ruguru yabanje kubigerageza .
null
TTS 5_40
ngwino nkugire inama kugira ngo ukize amagara yawe n’ay’umuhungu wawe Salomo.
null
TTS 5_41
Fantasitike yateguye ko abakunzi n’abakiriya bayo bazahabwa ibihembo bitandukanye harimo na televiziyo nini cyane
null
TTS 5_42
Mu mpera z’icyumweru amatorero y' I Kigali yatangiraga amateraniro hakiri kare
null
TTS 5_43
Igice cya kabiri cyaranzwe n'uko buri kipe yashakaga kubona intsinzi.
null
TTS 5_44
uhandangire neza. wenda no mu bindi bice by'u Rwanda hari bene utwo dusozi.
null
TTS 5_45
Igiciro kidahanitse ni kintu gituma ugiye kurushinga ahitamo umuntu umwambika.
null
TTS 5_46
uwo muntu wasize mu mbeho ashobora kuba ari intumwa y'Imana
null
TTS 5_47
Nkuko byagaragaye mu gice cya mbere cy’umukino, abakinnyi batangiranye imbaraga
null
TTS 5_48
yahamije ko yigeze kubonana umwe mu bo batemberanaga umuguro w’inkweto
null
TTS 5_49
ubushakashatsi bwagaragaje ko abagore ari mirongo ine na karindwi ku ijana
null
TTS 5_50
Ruganzu yabanje kwigarurira ibice by’Akanyaru, atsinda Nyakarashi, aza i Ruhande, hasigara Ubungwe.
null
TTS 5_51
ihinduka rya sitati y'umuryango w'itorero ry ubwepisikopi mu Rwanda diyosezi ya shyogwe
null
TTS 5_52
Iwacu barambwira ngo njye ndya mu rugo ibya mu gitondo nongere kurya nimugoroba ntashye.
null
TTS 5_53
ni ukureba umuzi w’ihohoterwa rishingiye ku gitsina ku buryo hashakwa umuti uhamye w' iki kibazo
null
TTS 5_54
Munyihanganire ntabwo ndi umugore uteye utyo, ndacyari kumwe n’umugabo wanjye.
null
TTS 5_55
Gutanga ubuhamya bw'uko Imana yagukijije ni byiza ariko ugatanga ubufasha bagenzi bawe .
null
TTS 5_56
Amateka ya Dewo Munyakazi mu magambo make ku bijyanye no gucuranga inanga nyarwanda.
null
TTS 5_57
Mukasekuru Roza avuga ko yoherejwe ku Bitaro bya Gitwe, umwana akamupfira mu nda.
null
TTS 5_58
Se yagarutse mu ma saa sita, yigaragambya akimara kwinjira mu muryango.
null
TTS 5_59
ese inzira y’amahoro n'ibiganiro iranze none inzira y’amasasu n’intwaro z’ubumara nibyo byemejwe koko
null
TTS 5_60
impuguke ya Minisiteri y’Ubuzima ku buzima bw’imyororokere no kuboneza urubyaro
null
TTS 5_61
Urukiko rwanzuye ko hazasuzumwa niba ukwihana umucamanza kwe gufite ishingiro hakurikijwe ibiteganywa n’amategeko.
null
TTS 5_62
Ati “ navuye mu rugo nzindutse nzi ko nsubirayo nkatekera abana bagiye ku ishuri
null
TTS 5_63
Musabimana utuye mu kagari ka Mubuga ati “Iyo abantu babanye neza byose birashoboka
null
TTS 5_64
Gatera Gashabana wunganira Adelina Rwigara yavuze ko uwo yunganira arengana ko ibyaha ashinjwa ataribyo
null
TTS 5_65
Uwitwa umugabo ni uhagarara ku cyemezo yafashe ku buryo yanagipfira.
null
TTS 5_66
Yagize ati, Ni iby’agaciro kwemera inshingano nahamagariwe zo kuyobora umuryango wacu.
null
TTS 5_67
Bitewe n’inama ngirwa ku nkuru zitandukanye zinyuzwa aha hamwe n’iz'abandi basaba
null
TTS 5_68
perezida museveni wakundaga rwigema yahise afata icyemezo cyo guhagarika akajagari
null
TTS 5_69
nshyize imbere ibigomba gukorwa ku kazi, kandi ndabaza aho nakoresha igihe kinini
null
TTS 5_70
yamwenyuye n'ikirahure cya byeri ikonje mu ntoki ati 'urabyita amafaranga?
null
TTS 5_71
Yagize ati “Nibiba ngombwa ko na Guverinoma ihagarikwa, tuzabikora twubake urwo rukuta.
null
TTS 5_72
Bamwe bavuga ko aba agomba kubyumvikanaho n’umuryango we bikarangira kuko aba afite inshingano nke
null
TTS 5_73
Tuba dushobora gukomereka kuko ababa bambaye inkweto zifunze ari mbarwa.
null
TTS 5_74
Ndetse hari n' abamubwiye ngo ashake amashuka aze korosa umurambo wanjye
null
TTS 5_75
Abafite amazu yo kubamo barimo baransaba kubakorera igenzura ariko biragoye kuko nsigaje iminsi mike ino aha
null
TTS 5_76
Bizimungu wabonye iby’iyo mpanuka yagize ati “ Uriya mugabo wari wikoreye inzoga yari yasinze "
null
TTS 5_77
komisiyo yagenzuye ibigo byo mu Turere twa Gicumbi, Gakenke , Ngororero na Nyabihu
null
TTS 5_78
Muri iki gisigo ni Ndoli uva mu Gihugu akajya i Karagwe.
null
TTS 5_79
Izindi mpamvu zagaragajwe na Njyanama harimo kudakorera hamwe kw’abayobozi no kuba buri wese atiha gahunda
null
TTS 5_80
Bakomoka muri komini Giciye, Kibilira na Satinsyi zo muri Perefegitura ya Gisenyi.
null
TTS 5_81
Ibi byakozwe kugira ngo atazafatwa nk’intwali ku bari bakimukunze
null
TTS 5_82
Ati “ We azi impano yanjye sinshobora guca kumwana ntamuvugishije cyangwa ngo muterure.
null
TTS 5_83
Iyo umurwayi atinze kujya kwa muganga agerayo kanseri yararenze i moko ikangiza n’ ibindi bice by’ ibere
null
TTS 5_84
Rayila Odinga arahamagarira abarwanashyaka be gukaza imyigaragambyo, kubera kudakunda igihugu.
null
TTS 5_85
Abashakashatsi b’Abanyamerika bagaragaza ko ibitera indwara ya kanseri ari byinshi muri iki gihe
null
TTS 5_86
Aba basore bambaye amapantaro abahambiriye cyane y'umweru, mu gusoza barabyinnye.
null
TTS 5_87
Birasekwa umugabo ahera atyo, naho wa musazi Rwugamo, Nyarwaya aramuvuza arakira aranamukiza.
null
TTS 5_88
Nyuma hemezwa abanyura imbere y’akanama nkemurampaka; buri mukobwa agahitamo ururimi ashaka kubazwamo.
null
TTS 5_89
Obi yumvise yishimye bidasanzwe kuko nta kintu na kimwe yari yarigeze atsinda
null
TTS 5_90
hari uwiga neza undi agahora asibira kuko agera mu ishuri akitekerereza ibindi ni uko agatsindwa
null
TTS 5_91
Nyuma yo gukatirwa gufungwa by’agateganyo, Diyane na Adelina Rwigara bajururiye icyemezo cy’urukiko.
null
TTS 5_92
Ibi bizafasha ko ishema ry’u Rwanda rikomeza kugaragara n’ibendera ry’igihugu rikazamurwa
null
TTS 5_93
amatafari n’amabuye mu ngo nabyo bizagabanywa kuko hakenewe ibyatsi n’ibiti bifata amazi
null
TTS 5_94
Bimwe muri ibyo bikaba ari uko abana bose bavuka barindwa kwandura virusi itera sida
null
TTS 5_95
Ese ubundi amafaranga Nzamwita na Rubega Patirike bari bagenewe yari angahe ?.
null
TTS 5_96
Benshi mu nshuti zanjye bambwirako nshatse nashyingiranwa n'uriya mwana kugirango niheshe agaciro ariko simbyemera
null
TTS 5_97
Abarigize na bo banyuzagamo bakerekana ubuhanga bwabo mu kuririmba karahanyuze n’izigezweho.
null
TTS 5_98
Imwe mu ndyo bavuga ko bitabaza ni igisura by’amaburakindi bikanemezwa n’abana .
null
TTS 5_99
hari Inzira yo gusubirishamo ku mpamvu z’akarengane urubanza rwaciwe ku rwego rwa nyuma.
null
TTS 5_100
Abahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda bamaze icyumweru mu mwiherero ariko ntibarahura ngo baganire banashyigikirane
null
TTS 5_101
Fondasiyo Rutayisire igizwe n’umuryango w’uwari umuyobozi w’ivuriro ry’amatungo magufi
null
TTS 5_102
u rugezi rwo kwa basebya ba nyirantwari ruri muri ibyo biyaga
null
TTS 5_103
Ibi byatumye Inyarwanda ishakisha nimero z’uyu muzungu ngo abazwe byinshi mu byo atangaza
null
TTS 5_104
Indyo yuzuye igizwe n'ibyubaka umubiri, ibiwurinda indwara n’ibiwutera imbaraga.
null
TTS 5_105
Iki gitaramo cyashojwe na Raga Di washimishije abantu mu ndirimbo ze zakanyujijeho nka Ndigida
null
TTS 5_106
Turampu ati “ Tuzabikora mu buryo bwiza kandi bwubahiriza uburenganzira bwa muntu. Tom yambajije niba nshobora kujyana n'abasiganwa ku igare ku wa gatandatu
null
TTS 5_109
Kunywa shisha byiganje mu bihugu by’Abarabu ariko na Tanzaniya ifite imico yabo.
null
TTS 5_110
Hashize iminsi ataboneka kuri televiziyo.
null
TTS 5_111
Ni byiza kurya indyo yuzuye ifite amavuta make, ikize kubyubaka umubiri, irimo imboga n’ibinyampeke.
null
TTS 5_112
kandi kuri icyo gitambaro ushyireho ikimenyetso cy'umweru kigaragaza ko yiyeguriye Imana
null
TTS 5_113
Nyamuheshera yumvise ko Nkana yari umuhigi, arishima kuko na we yabikundaga.
null
TTS 5_114
ndibaza ukuntu narose ndimo niruka nahagiye ariko ntazi ikirimo kinyirukankana bikanyobera
null
TTS 5_115
Nzakora ibishoboka byose menyereze barumuna banjye kandi mbafashe kwiteza imbere.
null
TTS 5_116
Ikirugu ni ikimenyetso cy'ivuka Yezu ryizihizwa n'’abakirisitu kuri Noheli.
null
TTS 5_117
Iyo ndirimbo yamenyekanye mu cyumweru gishize, ihita ihererekanwa ku mbuga nkoranyambaga.
null
TTS 5_118
yitanga kabiri mu kwezi kugira ngo abigishe bibiliya
null
TTS 5_119
Ati “Icyo ntakwiriye kubabwira ni intsinzi y’urupfu kuko nanjye waramye nzapfa
null
TTS 5_120
indwara n’ibindi bibazo by’intambara n’amakimbirane babicyemuraga bifashishije umuco kandi bakanyurwa
null
TTS 5_121
aryoherwa n’ubuzima iyo yicaye agafata inkono y’itabi agatumagura
null
TTS 5_122
bari kunzeezwa N’uko ncitse umwanzi Nabaye umusaraba Wigereka ku yindi;
null
TTS 5_123
Bizimana yagize ati Kubarokora ntibyari byoroshye kuko uyu murenge warimo abacengezi benshi
null
TTS 5_124
yavuzweho gukundana na debora kugeza aho abibazwa n' Inyarwanda.
null
TTS 5_125
Kuri uyu wa Gatatu abarwayi batanu b’umwijima bahawe umuti uwukiza burundu
null
TTS 5_126
Twagiramungu ni umugabo kandi bamwe bibwira ko afite ibyo yakorera abanyarwanda
null
TTS 5_127
Ngeze mu gisirikare nabaye, nabyo byaramfashije mu buhanzi bwanjye.
null
TTS 5_128
Byaradutangaje kubona hari abakuwemo bafite abaterankunga abandi bagasigaramo ntabo bafite.
null
TTS 5_129
Habineza yanasabye Guverinoma ya Nigeriya kwemeza amasezerano ku mpande zombi ajyanye n’ingendo z'indege
null
TTS 5_130
Aririmba injyana zitandukanye harimo rege
null
TTS 5_131
intati ni umuntu uhemukira mugenzi we
null
TTS 5_132
Hari ibyangombwa tutashoboraga guha abakiriya bacu mu gihe cy’imvura twagombaga gutegereza izuba rikava
null
TTS 5_133
ivuga ko ubushakashatsi butandukanye bugaragaza imikorere y'amabanki yo muri Afurika
null
TTS 5_134
yashimye ingamba u Rwanda rwihaye zo kurwanya ubukene no gusaranganya ubukungu bw’igihugu
null