label
class label
14 classes
title
stringlengths
7
150
content
stringlengths
3
67.3k
2economy
bugesera nyuma y’inzara yaharanzwe karahahira utundi turere
mu myaka yashize cyane cyane umwaka w’ akarere bugesera kagaragayemo ikibazo cy’amapfa akabije hari abantu bicwaga n’inzara abandi bagasuhukamuri gihe uhatembereye ushobora kugira amateka cyangwa se amakabyankuru y’abantu abenshi baturage hari bahatuye nibo bivugira kibazo cy’inzara kihaherutseniyonzima joseph w’imyaka utuye murenge nyamata akagari maranyundo amaze imyaka aka karere avuga inzara yatangiye kugaragara bugesera mpera y’ ariko ikaza gukaza umurego mwaka w’ avuga gihe ibintu byose byari byarabuze biryo mvaruganda kugeza bijumba bihingiragaagira umva ibijumba ibijumba gihe inaha byaribwaga n’umuntu ufite imodoka ndakubwiza ukuri mukene wapfaga kubyigondera niyonzima yongeraho impamvu yateraga byose izuba ryari ryaracanye buryo batirirwaga bahinga n’uwahinganga ntiyeze avuga igihe ahantu hapfaga kwera ibijumba hari bishanga kandi byajyaga kubageraho byahenze yongeraho mwaka w’ abantu bishwe n’inzara buryo bukabije duce twa gashora ngenda gahembe maranyundo abandi barasuhuka ati gihe abagabo benshi barahungaga kubera kubura bagaburira imiryango abagore bakishyira migozi kubera kubura bagaburira abana mukanzaramba feresita umugore w’imyaka y’amavuko atuye murenge mayange avuga ikintu cyaje kubarokora bugesera haje imishinga n’imwe igatangira kubaha imfashanyo z’ibiribwaagira muri gihe tutarabona imfashanyo amahirwe yasekeraga yabonaga rukacarara icyo gihe twayitaga shira umuteto kuko mbere wasangaga hari abantu batarya umutsima w’amasaka gusa abatuye aka gace bavuga ibintu bisa n’ibyasubiye buryo kuko imyaka irera abantu bakabona ibiryo bavuga ufite inoti y’igihumbi urya amanywa n’ijoro nyirabitanga jolie utuye bugesera avuga nzara ikiharangwa aka karere gahagaze neza isoko ibintu biraboneka ibiboneka kurusha ibindi harimo imboga ibishyimbo imyumbati inanasi ibigori n’ibindi ugeze isoko nyamata gice gicururizwamo imboga abacuruzi bazo nabo bemeza imboga ziboneka bwinshi mukarwema annonciata umucuruzi soko nyamata umaze imyaka igera acuruza avuga ibicuruzwa byabonetse nyuma y’aho mbere gucuruza byasaga n’ibigoranye kubera baburaga barangurira agira ibintu biriho ikibigaragaza inyanya intoryi n’izindi kandi urabona hano isoko abacuruza imboga babaye benshi kandi n’abo tundi turere basigaye baza kurangura hano aganira kigalitodaycom rwagaju louis uyobora akarere bugesera avuga icyatumye inzara igabanuka aka karere leta yafashe ingamba gutera ibiti n’amashyamba hirya hino kariya gace avuga iterwa ry’ibiti ryatumye imvura itangira kugwa n’imyaka ikaboneraho gutangira kwera ati ubu hari ibicuruzwa abacuruzi b’ i kigali baza kurangura inaha ndetse nubu dufitanye ubuhahirane n’intara kirundo gihugu cy’u burundi yongeraho byose babigezeho bakangurira abaturage gukora cyane guhinga kuzigama gukora imirimo itegamiye buhinzi gusa muri ako karere hari igihe cyageze bitoroshye kubona n’igiti kubera izuba ryari ryarahibasiye umuntu yashoboraga gusanga amatungo yapfiriye nzira kubera kubura ubwatsi n’amazi kuko hendaga kuba ubutayu egide kayiranga
4entertainment
uko umuziki wenyegeje urukundo james daniella bazwi mpa amavuta
itsinda jamesna daniella rimaze kwigarurira imitima y’abantu batari bake bakurikira indirimbozo kuramya guhimbaza imana zituma i bajya mwuka aba nibo baririmbyeindirimbo zirimo iyitwa mpa amavuta nkoresha ububyutse n’izindi zakunzwemu buryo budasubirwaho umwe umugabo undiumugore bamaze imyaka itanu babana nta mwaka urashira abantu benshi batangiyekubamenya nk’abanyamuziki ariko barakunzwe by’ikirenga kuri barikwitegura kumurika alubumu mbere yitwa mpa amavuta iriho indirimboumunani gitaramo kizaba tariki werurwe kigali arena guhera isaa cyenda z’amanywa uretse kumurika alubumujames rugarama avuga bafite intego kwerekana umutima kuramya imana bifuzako wagera bandi kubera urugero abashakanye gukorera imana bashyizehamwe james rugarama yabwiyekiss fm gihe amaze yubatse gukorera imana afatanyije n’umugore wedaniella byababereye nk’ibuye ryakomeje imfuruka y’urugo rwabo bazafatanya couplezitandukanye zirimo iya kavutse olivier amanda papy clever dorcas mayana fabrice ndetse chance ben hazaba hari kandi gaby kamanzi prospernkomezi n’abandi ati maze imyakaitanu rushako rugo habamo imbogamizi nyinshi kuko umuntu umwewavuye rugo rumwe n’undi wavuye rundi bafite imico itandukanye habahakenewe imana ibibamo kugira bashobore kubana neza iyo musenga imanaikomeza kubasubizamo imbaraga ikomeza kuvugurura umubano wanyu nk’umugore n’umugabo daniella rugarama naweyahamije kuba babana bakanakorera hamwe umuziki byagize uruhare rukomeye mukubaka gukomeza urukundo rwabo ati tumaze kubananibwo umuziki twawutangiye kuko mbere y’uko tubana buri wese yaririmbaga kugiti cye tumaze kubana dutangiye umuziki wadufashije ikintu kinini cyane kuko ahantu hose tuba turi kumwe tuvuyemu bijyanye n’urugo tujya bijyanye n’umuziki kandi udufata umwanya muninicyane ikintu udufasha ukubana neza kuko tuba tuzi kugira dutangeubutumwa tugomba kuba dukeye mitima yacu ntabwo twajya gutanga ubutumwa dufiteibyo twatandukaniyeho kwinjira gitaramo james daniella amafaranga ibihumbi bitanu myanya isanzwe ibihumbi myanya y’icyubahiro n’ibihumbi myanya y’ikirenga
1sport
abanyafurika barimo ibihangage ruhago didier drogba samuel eto’o bamaganye
abanyafurika barimo ibihangage ruhago didier drogba ukomoka ct d’ivoire samuel eto’o ukomoka cameroun bamaganye icyifuzo bimwe bihugu burengerazuba bw’isi cy’uko urukingo virusi corona rwageragerezwa banyafurika ni icyifuzo cyazanwe jean paul mira umwarimu akaba n’umuyobozi w’ishami rishinzwe ubuvuzi bitaro cochin by’i paris bufaransa prof camille locht umuyobozi w’ubushakashatsi kigo cy’ubufuransa gishinzwe ubuzima gukora ubushakashatsi buvuzi inserm
3health
fda yaburiye abanyarwanda kudakoresha chroloquine bibwira yabarinda coronavirus
ikigo gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti rwanda rwanda food and drugs authority kirasaba abaturarwanda kutihutira kugura imiti isanzwe ikoreshwa bundi buvuzi bakeka ivura cyangwa ikingira covid- kandi bitaremezwa n’inzego zibishinzwe fda ibwira abaturage imiti bwoko chroloquine atari imiti ivura coronavirus kuyikoresha buryo itagenewe bibujijwe imiti ivugwa n’iki kigo fda chloroquine hydroxychloroquine azithromycin mu bihugu bitandukanye hari bagiye bemeza muti waba uvura virus ku mbuga nkoranyambaga hari amakuru yakwiriye y’abavuga umuti chloroquine uvanzwe azithromycin bishobora kwica virus covid- gusa kugeza ishami ry’umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima isi oms ntiriremeza miti ivura cyangwa irinda ndwara ikigo fda rwanda itangazo cyasohoye kivuga miti itaremezwa n’inzego zibishinzwe ivura cyangwa irinda coronavirus covid- iki kigo kivuga miti isanzwe ikoreshwa kuvura indwara rwanda ariko kuyikoresha buryo butagenwe bibujijwe kivuga kandi miti itangwa gusa herekanywe urupapuro muganga wayandikiye umurwayi mu gihe gito gishize perezida donald trump amerika yumvikanye avuga chloroquine ’ikiza virus’ gusa makuru ntabwo yemejwe n’ikigo gishinzwe imiti amerika umuhanga by’imiti wikorera rwanda yabwiye bbc umuti chloroquine wakoreshwaga myaka ishize kuvura malaria utakiboneka isoko rwanda kubera imiti igezweho iyivura avuga umuti hydroxychloroquine ugurishwa rwanda ufatwa n’abantu bagiye ahantu bakeka hari malaria nk’uburyo kwikingira naho umuti azithromycin - nawo usanzwe isoko ry’u rwanda - umuti bwoko ’antibiotics’ nk’uko muhanga by’imiti abivuga
2economy
ikawa n’icyayi ibihingwa bifitiye runini u rwanda
nk’uko ntakirutimana corneille umuyobozi mukuru wungurije ushinzwe kuzamura umusaruro w’ibyoherezwa mahanga rwanda kigo cy’igihugu gishinzwe kwita byoherezwa mahanga naeb abitangaza bihingwa nibyo byinjiza amadevize menshi ugereranije n’ibindi byoherezwa mahanga bivuye rwanda ibi bihingwa kandi bigirira akamaro kanini umuhinzi wabyo kuko bimuzanira amafaranga kugeza umuhinzi w’icyayi ahabwa amafaranga ijana kiro cy’amababi y’icyayi kigero cy’ubwiza kiri hagati naho cyayi kiri bwiza kugeza umuhinzi ahabwa amafaranga kiro ariko hari n’inganda zimwe zishobora kuyarenza muri mwaka igiciro cy’ikawa cyavuye mafaranga kiro cy’ibitumbwe kigera mafaranga ibi bikaba biterwa n’uko igiciro cy’ikawa cyagiye kizamuka masoko mpuzamahanga amafaranga avuye bihingwa afasha abahinzi kongera umusaruro ndetse kwikenura kuko umuhinzi aguriwe giciro cyiza agira umwete kongera umusaruro kugira yeze byinshibimwe bihugu kawa ikunze kugurishwamo harimo leta zunze ubumwe z’amarikaubuyapani ndetse bimwe bihugu by’iburayi icyayi gikunze kubona amasoko bihugu by’abayisiramu iby’abarabu ndetse bimwe bihugu by’iburayi nk’uko corneille aritangaza abanyarwanda ntibitabira cyane kunywa icyayi n’ikawa avuga abanyanyarwanda bakwiriye kuba isoko ry’ibyo beza ntibatege amasoko banyamahanga gusa umwaka ushize umusaruro w’icyayi woherejwe hanze urenga toni zinjije akayabo kagera miliyoni z’amadorari y’amerika umusaruro kawa woherejwe hanze ugera toni zinjije miliyoni z’amadorari y’amerika corneille avuga bihingwa bifasha cyane igihugu kuko bituma ubukungu bw’igihugu kuzamuka ndetse bigatuma u rwanda rugira ijambo rwego mpuzamahanga aya madevize kandi afasha u rwanda kugura ibicuruzwa rukura hanze rudahenzwe avuga u rwanda rweza umusaruro muke ugereranyije n’ibihugu duturanye ariko icyari n’ikawa by’u rwanda bifite uburyohe kurusha bihugu nk’uko ntakirutimana corneille yabidutangarije ikawa zihingwa gihugu hose ariko zibanze cyane ntara y’amajyepfo ndetse n’iy’iburengerazuba kuko ariho hari ubuso bunini bw’iki gihingwa icyayi kibanze ahanini ntara y’uburengerazuba misozi miremire y’isunzu congo nil ndetse n’iy’amajyepfo y’u rwanda cyane turere twa nyaruguru nyamagabe mu ntara y’iburengerazuba hari inganda esheshatu hakaba hanateganywa kubakwa izindi nganda eshatu rwego kuzamura ubwiza bw’umusaruro w’icyayi mu ntara y’amajyaruguru hari inganda z’icyayi mulindi gicumbi sorwathe karere rulindo mu rwego kongera umusaruro uturuka bihingwa ndetse n’ibindi byoherezwa mahanga imboga imbuto n’ibireti harateganywa kongerwa ubuso bihingwaho gihugu hose urugero ntara y’amajyepfo n’iy’iburengerazuba hegitali ziziyongera hegitali zisanzwe cyayi hari ubutaka gishwati bugera hegitali bugahingwaho icyayi ikawa hakazongerwaho hegitali zahingwaga iyi gahunda ikazakorwa mwaka - abaturage bakaba basabwa kuzitabira guhinga bihingwa rwego kurushaho kwizamura kuzamura umusaruro w’ibyoherezwa mahanga rusange imboga imbuto ndetse n’ibireti nabyo bizongererwa ubuso ndetse cyane ntara y’amajyaruguru ndetse ntara y’uburengerazuba bw’amajyaruguru safari viateur
2economy
shelter afrique igiye gushora miliyoni myubakire rwanda
shelter afrique kandi irateganya gushora amadolari agera miliyoni bihugu bitandukanye bigize afrika y’uburasirazuba batitaye bihe bibi byashize ahenshi amafaranga yataye agaciro nk’uko umuyobozi shelter afrique allassane ba yabitangarije reuters gatanu tariki imibare itangwa n’ubuyobozi bw’umujyi kigali yerekana hakenewe nibura kubakwa amazu kubamo mashya ariko ashobora kubakwa gusa umwaka ushize shelter afrique yashoye izindi miliyoni z’amadorali y’amerika rwanda ibinyujije banki y’imiturure nyungu y’amafaranga gihe cy’imyaka ibiri shelter afrique kandi irateganya gusinyana amasezerano y’inguzanyo ingana miliyoni z’ amadolari y’amerika n’urwego rushinzwe imyubakire tanzania nayo azifashishwa kubaka inzu kubamo umuryango shelter afrique washinzwe mwaka w’ ugamije gukusanya amafaranga agamije guteza imbere imyubakire mugabane wose afrika jean noel mugabo
1sport
shampiyona apr fc yaratsinze rayon sports fc iratsindwa
nyuma gustindira as kigali stade regional i nyamirambo ibitego busa apr fc ikipe irimo guhagarara gikombe shampiyona ibitse yatangiye gusiga amakipe zihanganye ibi ikaba yabigezeho icyi cyumweru ibikesha ibitego by’abasore bahagaze neza minsi olivier karekezi kapiteni w’iyi kipe n’umunya uganda dan wagaluka rayon sport mukeba mbere apr fc yatakaje amanota imbere la jeunesse yiganjemo abakinnyi bakiri bato kandi byagaragaraga bamenyeranye cyane bayitsinda ibitego bibiri kimwe ikindi cyaje gukomeza mukino emmanuel ruremesha umutoza la jeunesse wahoze atoza rayon sport akaba ayizi neza ndetse nyuma y’umukino akaba yaradutangarije yifuzaga gutsinda rayon sport kugirango agaragaze la jeunesse atari ikipe yisukirwa kandi akiri umutoza ukomeye jean marie ntagwabira umutoza rayon sport n’ubwo yatsinzwe ntiyababaye bitewe n’uko hari abakinnyi bakomeye bakina inyuma batagaragaye mukino avuga atarenganya abahakinnye n’ubwo ntandaro gutsindwa twabuze amahirwe menshi imbere y’izamu ariko kandi n’ibitego twatsinzwe byatewe n’abakinnyi bakina inyuma ariko simbabaye kuko abakinnyi nari nizeye bakina iddy nshimiyimana mbanza hussein tambwe floribert munota nyuma byaje guhinduka gusa abakinnye bakoze bashoboye cyane abenshi badasanzwe babanza kibuga gusa ntagwabira yizeye kuzaba afite abakinnyi bakomeye azaba ahanganye apr fc ikipe yanatoje igihe kirekire mukino utaha uzahuza makipe tariki ukwakira stade amahoro police fc indi kipe yatangiye shampiyona ifite umuvuduko inatsinda ibitego byinshi yagaragazaga ishobora kuzahangana apr rayon sport ikazitwara igikombe dore n’umutoza wayo w’umunya serbia goran kuponovic yatakaje amanota abiri i huye imbere mukura vs nyuma kunganya ubusa busa umukino marine etincelles utegerejwe n’imbaga y’abanya rubavu kubera guhangana bitajya bishira hagati y’aya makipe warangiye etincelles atahanye amanota atatu nyuma gusinda marine ibitego busa stade umugandakuri stade mumena kiyovu sport izahagararira u rwanda mikino confederation cup yahatsidiye bitagoranye amagaju ibitego shyaka jean akili mabula serugaba erc barebye ncundura amakipe yazamukiye rimwe cyiciro mbere mwaka ndetse akaba yombi yanatangiye shampiyona yitwara nabi nyanza fc espoir zanganyirije ubusa busa i nyanza ubu apr isonga n’amanota etincelles irayikurikiye n’amanota rayon sport mwanya gatatu ifite amanota gihe police fc iza mwanya kane n’amanota amakipe nyuma marine kumwanya nota rimwe ifite ikaba ibanzirizwa as kigali mwanya n’inota rimwe thoneste nisingizwe
1sport
muhangathe winners football training center yahaye ibiribwa imiryango
ishuri ry’umupira w’amaguru the winners football training center ryo karere muhanga ryaremeye imiryango yaryaga bavuye gushakisha ariko bikaba bidakunda kubera icyorezo coronavirus covid- ni igikorwa shuri ryakoze kane tariki mata cyakorewe kagali gahoro umurenge nyamabuye akarere muhanga cyahuriranye n’ikindi ngarukamwaka shuri risanzwe rikora rwego kuremera imiryango yarokotse jenoside yakorewe abatutsi umwaka ushize baremeye imiryango y’abarokotse jenoside yakorewe abatutsi kuri kane shuri ryaremeye imiryango imiryango y’abarokotse jenoside yakorewe abatutsi ndetse n’indi miryango y’abana basanzwe barererwa the winners football training academy olivier ushinzwe icungamutungo the winners ftc yatangarije rwandamagazinecom igikorwa ngarukamwaka basanzwe bakora bagihuje kwifatanya n’imiryango yagizweho ingaruka n’icyorezo coronavirus ati iki igikorwa ngaruka mwaka dusanzwe dukora twibuka jenoside yakorewe abatutsi the winners ftc isanzwe yibuka by’umwihariko aba’ sportifs’ bazize jenoside yakorewe abatutsi umwaka ushize twaremeye imiryango itanu uyu mwaka tukaba twabihuje gahunda guma murugo rwego kwirinda ikwirakwizwa covid akaba urwo rwego twafashije imiryango harimo imiryango y’abarokotse jenoside ndetse n’indi miryango y’abana barererwa the winners football training center batunzwe n’imirimo ababyeyi bakora buri munsi ikabaha barya munsi minsi baka batari kubasha gukora the winners ikaba yageneye buri muryango buri muryango wahawe ibiro by’ibirayi ibiro by’ifu kawunga ibiro by’ibishyimbo ibiro bitanu by’umuceri imiti y’isabune ndetse litiro y’amavuta guteka muri cyorezo nibwo abantu bakeneye kugaragaza umutima w’aba sportif’ david nshimiyimana umuyobozi the winners training centre avuga gihe icyorezo coronavirus gikomeje kuyogoza isi abantu aribwo bakwiriye kugaragaza umutima kimuntu basangira bagenzi kubwe abasanzwe bakora siporo cyangwa bayibarizwamo nicyo gihe nyacyo bakwiriye kugaragaza umutima mwiza usanzwe ubaranga david nshimiyimana umuyobozi the winners training centre ahamya gihe aricyo ababarizwa siporo aribwo bakabaye barangwa n’ibikorwa gufasha abababaye ati nka the winners turashishikariza abantu bafite kurya bagombye gufasha abatabifite kuko igikorwa cyiza kandi cy’urukundo gufasha ntibisaba kuba ufite ibya mirenge cyangwa se gutanga ibyagusagutse ahubwo ugusaranganya mugenzi wawe yunzemo muri cyorezo nibwo abantu basanzwe babarizwa siporo bakeneye kugaragaza umutima w’aba sportif’ kuko nubusanzwe niwo uturanga ababa siporo rusange nsanga ariwo mwanya mwiza kuba abababaye the winners football training center yashinzwe gitekerezo nshimiyimana david ubu ifite barenga byiciro bitandukanye imyaka kugeza ikindi cyiciro kirimo abafite imyaka kugeza munsi myaka kugeza munsi n’icyiciro kirimo abafite imyaka kugeza munsi mu myaka imaze ishinzwe the winners ifite ibikombe yagiye itsindira marushanwa atandukanye ategurwa imbere igihugu sugira erneste rayon sports mucyo fred bita januzaj ukinira etincelles fc bamwe bakinnyi bazamukiye shuri hari abandi banyuranye bakina cyiciro mbere shampiyona y’u rwanda y’umupira w’amaguru nabo barizamukiyemo abenshi biganje as muhanga abandi bakinnyi cyiciro kabiri cyane cyane ikipe y’intare football academie apr fc olivier ushinzwe icungamutungo the winners ftc ibiribwa byagenewe buri murango
2economy
nyabihubabiri batawe yombi bagerageza guha ruswa abapolisi
polisi ikorera karere nyabihu yataye yombi abagabo babiri bakurikiranyweho kugerageza guha ruswa y’amafaranga abapolisi nk’uko umuvugizi polisi ntara y’iburengerazuba chief inspector of police cip theobard kanamugire abitangaza abafashwe abdallah ndacyayisenga emmanuel byukusenge italiki kanama gicuku kuko batwaye amakara ruhushya rwabyo bafite cip kanamugire yagize atiaba bombi modoka daihatsu rab j umupolisi bariyeri abahagaritse abasaba uruhushya rubemerera gutwara amakara kurumuha bihutira kumuhereza ruswa y’amafaranga uyu mupolisi yahise abafatana n’imodoka yavuze utwara amakara wese agomba kuba afite uruhushya ahabwa n’akarere ayakuramo akaba n’urwo bafite itegeko rivuga kurinda kurengera ibidukikije rwanda ribuza gutema amashyamba n’ibyanya birinzwe ingingo ivuga gutwika gutema cyangwa gutemesha ibiti cyangwa kwica inyamaswa ivuga umuntu wese buryo butubahiriza amategeko abigenga utwika utema cyangwa utemesha ibiti n’uwica inyamaswa mashyamba arinzwe byanya birinzwe pariki z’igihugu ahanishwa igifungo mezi atandatu kugeza myaka ibiri n’ihazabu y’amafaranga y’u rwanda bihumbi magana atatu kugeza miliyoni ebyiri cyangwa kimwe gusa bihano cip kanamugire yagize atiaba bagabo bazahanwa kimwe gutema amashyamba byangiza ibidukikije bikaba bigira ingaruka buzima bw’abaturage n’ibidukikije tukaba tutabyihanganira ibi bimwe bibangamiye itegeko rirengera ibidukikije n’andi mategeko nk’ingingo y’igitabo cy’amategeko ahana yahamagariye abaturage baturiye amashyamba gufata iya mbere kuyarengera gutanga amakuru bayangiza ku birebana ruswa cip kanamugire yavuze uhamwe ahanishwa igifungo kiri hagati y’imyaka ibiri n’irindwi n’amande hejuru y’inshuro icumi agaciro k’icyatanzweho ruswa nk’uko bikubiye ngingo yanditswe ubwanditsimuhaburarw
3health
minisiteri y’ubuzima irahamagarira abaturage kwitwararika k’ubuzima bw’amatwi
minisiteri y’ubuzima rwanda irahamagarira abaturage kwitwararika ubuzima bw’amatwi kuko abenshi bagendana uburwayi bw’uru rugingo rufasha kumva kandi batabizi impuguke buvuzi bw’indwara matwi zivuga hari uburwayi bwinshi burimo n’ubwo abantu bashobora kwirinda nyamara ntibukire kubera kutivuza neza ku munsi w’ejo kabiri mpuzamahanga wahariwe kwita ndwara zibuza kumva neza ibitaro kibagabaga mujyi kigali byiriwe bisuzuma binakangurira abantu kwita cyane burwayi mu bitaro kibagabaga mujyi kigali fidle munezero muryango wita buzima bw’amatwi arantembereza cyumba cyifashishwaga gupima abafite uburwayi butandukanye kutumva neza ladislas gasirabo yaje kuvuza umwana byagaragaraga afite ibibazo kumva bwana gasirabo avuga umwana amaze imyaka afite bibazo kandi byamufashe kigero cy’amezi nk’atatu ati abo bangana secondaire kane umwaka kane w’ayisumbuye kandi atangira iya mbere yagiye asibira kubera kutumva neza abyumva gacye bimwe arabyumva ibindi bikamucaho kandi bisa nkaho byari bigiye kumutera n’uburagi kuri munsi w’ejo wahariwe kwita bibazo bishingiye myumvire minisiteri y’ubuzima yiriwe yohereza ubutumwa telefoni ngendanwa busaba abantu kurinda amatwi ndetse kwivuriza gihe ibibazo byagaragaye ubushakashatsi bwakozwe n’umuryango wita bibazo matwi hearing health rwanda bwerekanye abantu bagera bipimishije mirenge ibiri y’akarere nyarugenge mujyi kigali basanze bafite uburwayi kutumva neza nkuko bivugwa fidle munezero muryango irindi genzura ryo ryakorewe karere gasabo kubatsemo bitaro kibagabaga ryerekanye urugero bana batararenza imyaka bafite uburwayi matwi butuma batumva neza dr kaitesi batamuriza impuguke buvuzi bw’indwara z’amatwi n’izishingiye myanya y’ubuhumukero avuga ndwara ziteye impungenge nyamara si benshi babizi ati ntabwo bazi n’ikibitera bivuga yuko n’abafite abana bafite ibibazo bumva atari n’ikibazo icy’ingenzi twavuga mbere kandi gikomeye abantu bamenya ibibazo by’amatwi biva bikagera byose bifite uburyo bivurwa impuguke buvuzi zivuga uburwayi kutumva neza bushobora kuba ubumuga umuntu avukana cyangwa se ubwaterwa n’impanuka gusa hari n’uburwayi abaganga bavuga umuntu yikururira nko rubyiruko rukunze guhora rwambaye utwuma matwi abandi bita ’earphones’ cyangwa ’couteurs’ bazamuye ijwi rugero hejuru hari n’abandi bakura burwayi mirimo bakora nk’abakoresha imashini zibaza iziteranya ibyuma cyangwa izikora indi mirimo iremereye zisohora urusaku rwinshi kandi buryo kwikingira bafite kuba burwayi bwavurwa bugakira biterwa n’impamvu yabuteye cyakora n’utavuwe akire ashobora guhabwa utwuma tumufasha kumva neza gusa ikibazo kiracyari ubujiji bw’abativuza gihe ndetse n’ubucye bw’abaganga b’inzobere uru rwego dore rwanda habarurwa abatarenze kandi baboneka gusa rwego rw’ibitaro by’intara chief editor muhaburarw
0politics
abanyarwanda batuye canada bibutse abazize jenoside yakorewe abatutsi
igikorwa kwibuka kitabiriwe kandi n’abahagarariye ibihugu byabo canada n’izindi nshuti uyu muhango watangijwe n’urugendo walk to remember rwatangiriye nteko ishingamategeko canada rugera biro by’umujyi ottawa ahabereye imihango kwibuka nyuma y’indirimbo zubahiriza ibihugu byombi hakurikiyeho umunota kwibuka inzirikarengane zishwe jenoside padiri callixte kabalisa wayoboye isengesho yasabiye abahuye n’ibibazo binyuranye harimo abafashwe ngufu asaba imana gukomeza impfubyi n’abapfakazi n’abandi bagize ibibazo bikomeye uhagarariye u rwanda canada edda mukabagwiza perezida w’ishyirahamwe ry’abacitse kw’icumu rizwi kw’izina humura alain ntwali bagaragaje bibuka amateka jenoside yabaye rwanda bagamije gufata ingamba ibyabaye ntibizongere kuba ukundi nk’uko itangazo ambasade y’u rwanda canada ribivuga berekanye umuhango ukorwa ugamije kwibuka ariko abantu bakanatekereza uburyo gufasha abacitse icumu bagarutse nsanganyamatsiko y’uyu mwaka twigire mateka twubaka ejo hazaza bavuga genoside yakorewe abatutsi mateka y’ubu n’ejo hazaza itazibagirana mu muhango kwibuka kandi hatanzwe ibiganiro bibiri l’historique de l’impunit des crimes haineux au rwanda et les signes avant-coureurs du gnocide contre les tutsis cyatanzwe bwana richard nsanzabaganwa les mots qui tuent cyatanzwe prof philippe basabose nsanzabaganwa yerekanye ubwicanyi bwagiye buba ariko ubutegetsi ntibuhane abakoze ibyaha kwica aha yavuze uduce tunyuranye ubwoko bw’abatutsi bwagiye bwicwa yerekanye kwica byagiye bishyigikirwa n’ubutegetsi kurengera abatutsi babaga bibasiwe prof basabose yerekanye amagambo yagiye akoreshwa rwanda yagize uruhare ishyirwa bikorwa ry’ubwicanyi yakoze isesengura ry’ijambo ryavuzwe leon mugesera i kabaya yakanguriye abanyamuryango mrnd abereka umwanzi wabo umututsi n’abahutu mashyaka ataravugaga rumwe mrnd gahunda ziteganijwe zijyanye kwibuka zizagera kwezi gatanu zirimo amasengesho ikiriyo n’ibiganiro bizatangwa taliki mata abanyarwanda n’inshuti zabo bongeye guhura gitambo misa kwibuka cyabereye paruwasi mutagatifu yozefu gatineau quebec
2economy
cogebanque plc iragira inama ibigo by’ubucuruzi kwirinda gufata ibyemezo bibangamira ababagana n’abakozi
ibi byatangajwe n’umuyobozi mukuru banki cogebanque bwana cherno gaye nama yahuje abayobozi b’ibigo bikomeye by’ubucuruzi rwanda ceo summit yateguwe n’ihuriro karisimbi business partners muri nama cogebanque plc yasangije ubunararibonye abayobozi b’ibigo bikomeye rwanda bwana cherno gaye umuyobozi mukuru cogebanque plc yagarutse ngingo zitandukanye zibangamira iterambere ry’ibi bigoaho yashimangiye gufata ibyemezo hari bituma bigo bidatera imbere kuko hari abayobozi babifata batarebye ingaruka bishobora kugira bakiriya ndetse n’abakozi yagize abakozi ntibagomba gukoreshwa buryo budasanzwe uburyo ufata abakozi bawe baheshe agaciro kandi ushyireho uburyo butuma batanga umusaruro ubundi buri kintu gitangirira wowe ubwawe kubera gihe waba utiyizi umenye uriwe kugendana n’isi bizakubera ikibazo bwana cherno gaye yavuze banki ayoboye yungukiye byinshi nama yahuje abayobozi b’ibigo bisaga ijana iyi nama iha amahirwe abayobozi b’ibigo kuganira bimwe badakunda kuvugaho ukaba n’umwanya kuganira kureba bakora neza ubucuruzi bwabo ubusanzwe gufata icyemezo nicyo kintu gikomeye bityo abayobozi bagomba kucyitondera cherno yakomeje avuga nama ifite akamaro gakomeyeaho ituma bamwe basobanukirwa imikorere ijyanye n’aho isi igana yakomeje agira atiubundi buri kintu gitangirira wowe ubwawe kubera gihe waba utiyizi umenye uriwe kugendana n’isi bizakubera ikibazo nyuma y’amasomo akomeye bakuye nama bwana cherno gaye yagaragaje hari byinshi basangiza abandi bitabiriye namayagize icyo dukora dufasha ubucuruzi bikagira ingaruka nziza bukungu bw’abantu n’igihugu tugateza imbere dukorana tugafata neza abatugana dutanga kandi amahugurwa bakozi bacu hano cogebanque kugira koko barusheho gutanga umusaruro sosiyete rusange niba hari ibyemezo ugiye gufata bafatanyabikorwa bawe ugomba kujya witonda kuko abantu uba uzakomeza gukenera umunsi munsi ugomba kumenya kandi abakozi ukoresha bahora bumva bishimye kuko gihe bazaba batishimye bisobanuye musaruro bazaguha cogebanque plc kugeza magingo igaragaza itanga serivise rwego hejuru bafasha ababagana iterambere ry’uburyo butandukanye borohereza abakiriya kubikuza kawakira kubitsa amafaranga buryo bworoshye ibi binajyana gutanga inguzanyo ifasha abayigana gutera imbere buryo bwihuse usibye kuba banki cogebanque plc itanga serivice kandi zinakoresha ikoranabuhanga bemeza bafite n’ababahagarariye gihugu hose cogebanque plc kandi iremeza izakomeza gusigasira inshingano bihaye gutanga serivisi nziza kandi bakita iterambere ry’ababagana inkuru david nzabonimpa
3health
kigali abanyamahoteli n’amaresitora basabwe gushyiraho ingamba zikaze
mu gihe icyorezo cy’indwara coronavirus gihangayikishije isi urwego rw’igihugu rushinzwe kwihutisha iterambere rdb rurasaba abakira abasura u rwanda gukaza ingamba z’isuku rwego gukumira indwara zose zandura ziturutse isuku nke bamwe banyarwanda n’abanyamahanga bafite amahoteli utubari amarestora utubyiniro ndetse n’abandi bakira abantu benshi babagana baravuga biteguye gukaza ingamba z’isuku y’aho bakorera guhangana n’indwara z’ibyorezo zandura harimo n’icyorezo coronavirus nubwo kitaragera rwanda habyarimana jean de dieu ufite akabari mujyi kigali ’icyo cyorezo twaracyumvishe cyadukoze ahandi buryo nagerageje n’amahugurwa y’abakozi ndetse kubapimisha ikindi ukubatoza isuku n’abakiliya batugana isuku bakayisanga igomba kuba tugenzura buri kanya kugirango turebe twahangana n’icyo cyorezono gushakisha imiti yabugenewe bijyanye n’isuku’’ na ho ndayishimiye samson umuyobozi w’ibikorwa hotel nk’ibisanzwe hoteli isuku umuco turashaka kureba ibikoresho bijyanye n’isuku n’isukuraturiteguye cyane kuko tukimara kubona iryo tangazo ahantu hose dukorera twamaze kuhashyira ibikoresho by’ibanze nkabinjira reception barabanza bagakaraba intoki n’amazi meza n’isabuni twatangiye kubyitegura cyane’’ niyomushumba simon pierre yagize dufite abatugana bakarabira n’imiti bakaraba kugirango tubashe kubahiriza kuba twagenda tucyirindaturabyiteguye neza cyane’’ kuri icyorezo cy’indwara coronavirus kivugwa cyane gihugu cy’u bushinwa cyakomotse kimaze guhitana abantu babarirwa bihumbi abasaga ibihumbi bamaze kucyandura indwara yandurira mwuka mwanda gukora kintu cyakozweho n’uyirwaye umuyobozi ushinzwe ibigo by’ubukerarugendo n’amahoteli rdb emmanuel nsabimana asaba bakirira abasura u rwanda n’ahahurira abantu benshi gukaza ingamba z’isuku rwego kuyikumira ati icyo twasabye abanyamahoteli n’amaresitora ugushyiraho ingamba kugira isuku yaba abakozi bakorera bigo yaba ababasura yaba mukerarugendo baza isuku rwego kwirinda si ukuvugango icyorezo cyageze rwanda ariko cyahagera gusa ariko amakuru yizewe cyitaragera rwanda hanyuma dukangurira abanyamahoteli bashyireho uburyo gukaraba intoki cy’ingenzi sanitizer cyangwa se mavuta ashobora kwica microbes waba uvuye bwiherero cg hari umuntu wakozeho’’ rdb ivuga kugeza ngaruka zikomeye icyorezo coronavirus cyari cyagira musaruro w’ubukerarugendo rwanda kandi hakaba hataramenyekana n’umubare w’abantu wenda barahagaritse ingendo zabo ziza rwanda kubera mpamvu hagati rwandair yabaye ihagaritse ingendo zerekezaga bushinwa kubera coronavirus chief editor muhaburarw
4entertainment
fifa yategetse rayon sports kwishyura javier martinez wahoze ayitoza akayabo k’ibihumbi by’amadolari
umutoza javier martinez espinoza ukomoka mexico biravugwa yareze rayon sports fifa akayitsinda ndetse kipe ikunzwe rwanda itegekwa kumwishyura ibihumbi by’amadolari amerika biravugwa hari amakuru yagizwe ibanga rayon sports nyuma kwirukanwajavier martinez yareze rayon sports fifa nayo ikaza gutegeka ahabwa ibihumbi umunani by’amadorari nk’impozamarira gihe kitarenze ukwezi kumwe amakuru acaracara aravuga kwezi rayon sports yahawe kugiye gushira itarishyura kuburyo mugabo mexico bityo fifa ishobora kongeraho ibihano rayon sports umutoza javier martinez espinoza yubikiwe imbehe rayon sports kuwa ukuboza nyuma y’amezi gusa bamaze bakorana azize umusaruro mubi waturutse mukino yatsinzwemo apr fc ibitego - arushwa bikomeye kuwa ukuboza uwo munsiikipe rayon sports ibinyujije rubuga rwayo twitteryemeje yatandukanye n’uyu mutoza w’umunya mexico wayigezemo kuwa nzeri rayon sports yagize rayon sports yamaze gutandukana n’uwari umutoza wayo javier martinez espinoza umaze amezi asaga kipe twumvikanye n’uyu munya mexico gusesa amasezerano nk’umutoza mukurubyinshi birakurikiraho
3health
kayonzangabonziza yarembejwe n’inkoni yakubiswe gitifu w’umurenge amushukisha amafaranga biyunge
ngabonziza hamuduni murenge ruramira kagali kamba arashinja umunyamabanga nshigwa bikorwa w’uwo murenge kumukubita akamuhindura intere amuziza guhinga amasakabityo akaba asaba ubuyobozi kumurenganura uyu muturage yakubiswe n’uyu muyobozi w’umurenge ruramira witwa gatanazi rongine nyuma y’uko amutumijeho murenge kumwe n’abandi bahuje ikibazo ariko ariwe yibasira aramukubita by’indengakamerengo nyuma kumukubita yahise abaca n’amafaranga ibihumbi icumi nk’amande y’uko bahinze amasaka bitemewe mu kiganiro yagiranye muhaburarw ngabonziza yagize atinari nahinze amasaka munsi y’umuhanda kuko n’ubundi twari dusanzwe tuhahingaubwo baje kuntora ngeze murenge gitifu aratubaza mwahinze amasaka muyobewe ikosaubwo araturyamisha aradukubita birenzenoneho njyewe yangezeho arankubitaarankubita bihagije yakomeje avuga nyuma kubakubita akihaza yahise abaca amafaranga nk’igihano kuko bahinze amasaka ngabonzi asubiramo gitifu yavuze atibyibuza ndabaca ibihumbi nk’abantu mwahinze amasaka gitansi ndanayifite akomeza agira atiibyo bihumbi icumi natumyeho umugore agurisha ibishyimbo nari nejeje nyuma y’uko gitifu amenyeko ngabonziza akomeje kuremba yamusabye yamuha ibihumbi ijana rwego kwiyunga ariko ngabonziza ntiyabyemera amuca miliyoni y’amafaranga y’u rwandagusa byarangiye batumvikanye giciro cy’ubwiyunge ati njyewe namuciye miliyoni ndamubwira nti ariko umuryango wanjye uzayisigarane n’ubundi njywe nsanzwe ngiye gupfaahita ambwira none se ntabwo wamanura nanjye nti si nciye iteka noneho uzazane ibihumbi magana atandatu ngende nivuze ndamuka mpfuye bazakuremo isanduka kumpamba ayasigaye bazayagabanye umuryango
1sport
amafoto utabonye yaranze umukino arsenal yatsinzemo chelsea
arsenal chelsea n’ amakipe akomeye shampiyona y’icyiciro mbere bwongereza akaba atuye mujyi london ndetse ninaho yakirira imikino yayo arsenal chelsea n’ amakipe akomeye shampiyona y’icyiciro mbere bwongereza akaba atuye mujyi london ndetse ninaho yakirira imikino yayo kuri gatandatu tariki mutarama chelsea yasuye arsenal kibuga cyayo emirates stadium umukino warangiye arsenal itsinze chelsea ibitego busa ibitego byose byabonetse gice cyambere cy’umukino alexandere lacazette niwe wafunguye izamu munota mupira yahawe hector bellerin kiba kibaye igitego astinze shampiyona mwaka k’ umunota umudefanseri laurent koscielny yatsinze igitego kabiri arsenal mupira yarahawe sokratis igice mbere kirangira ibitego arsenal busa chelsea umukino warangiye ibitego arsenal busa chelsea umukino wahaye arsenal amahirwe kujya makipe akomeye shampiyona y’ubwongereza kuko chelsea mwanya iyirusha amanita gusa umupira wavuyemo igitego alexandere lacazette yarawuhawe hector bellerin acenga rimwe ahita atsinda igitego alexandere lacazette yishimira igitego cye shampiyona mwaka umudefanseri laurent koscielny yastinze igitego kabiri akoresheje urutugu nubu buryo laurent koscielny yatsinzemo igitego kabiri umudefanseri laurent koscielny yishimira igitego yaramaze gutsinda umupira yarawuhawe sokratis nyuma yakavuyo kari kabereye imbere y’izamu chelsea hector bellerin yasohotse kibuga ateruwe nkobyi kubera imvune ntiyarangiza n’umukino hector bellerin niwe watanze umupira wavuyemo igitego mbere
3health
coronavirus trump avuga urukingo rwayo ruzaboneka mwaka
perezida donald trump amerika avuga yizeye neza leta zunze ubumwe amerika zizaba zifite urukingo coronavirus mbere twizeye neza tuzaba dufite urukingo mpera z’umwaka yatangaje mukiganiro fox news abashakashatsi batandukanye isi barahiganirwa kugera urwo rukingo ariko benshi mur bavuga mwaka utaha aribwo rushobora kuba rwabonetse rushobora kugezwa benshi bitandukanye n’ibyo abajyanama bwite buvuzi bavuga gihe uru rukingo ruzabonekera bwana trump biboneka abangutsa gihe yagize abaganga bashobora kuvuga bati ’sinari nkwiye kubivuga gutyo’ ariko njye mvuga ntekereza bishoboka urwo rukingo rwaboneka vuba isesengura james gallagher umunyamakuru bbc wibanda siyansi n’ubuvuzi hashize ukwezi kurenga abahanga bagerageje urukingo mbere bantu mujyi seattle amerika gusa haracyari byinshi gukora nubwo iryo gerageza mbere ryagenze neza urwo rukingo rugomba kubanza kugeragezwa kenshi kwemezwa n’abagenzuzi by’ubuvuzi gushyiraho uburyo gukora ingano yarwo ikenewe kugira zigerweho inkingo ubusanzwe zifata imyaka rimwe rimwe irenga inzobere nyinshi zivuga urukingo covid- rushobora kuboneka hagati mwaka hazaba hashize amezi hagati virusi igaragaye ibyo nabyo byaba intsinzi ikomeye siyansi nubwo bitizewe nanone urwo rukingo ruzaba rukora neza coronavirus zigera enye zisanzwe ziri bantu zitera ibimenyetso nk’iby’ibicurane bisanzwe kandi kugeza n’imwe irabonerwa urukingo bbc
13relationship
uko byagendekeye umugore wabonye umugabo arizwa kujugunya agakarito kibuga cy’ indege
umugore witwa ivelise hernandez leta florida leta zunze ubumwe amerika yagiye kibuga cy’ indege st petersburg kumwe n’ umukunzi rico bagezeyo bahurirayo n’ umugabo batazi afite ikarito umugore witwa ivelise hernandez leta florida leta zunze ubumwe amerika yagiye kibuga cy’ indege st petersburg kumwe n’ umukunzi rico bagezeyo bahurirayo n’ umugabo batazi afite ikarito aho basakira mugabo imbere abashinzwe umutekano basatse ibintu byose mugabo afite mu mugabo afite harimo ikarito ifunze neza abashinzwe umutekano basabye mugabo gufungura ikarito barebyemo bahita bategeko mugabo kujya kuyijugunya poubelle kubera igitero cy’ iterabwoba cyabaye leta zunze ubumwe amerika tariki nzeli umutekano kibuga cy’ indege cyose amerika uritonderwa cyane uwo mugabo wategetswe kujya kujugunya ikarito poubelle yabanje kubyanga ariko birangira agiye kuyijugunya afite agahinda n’ amarira menshi ivelise ugiye gutega indege rico umuherekeje bagize amatsiko menshi cyari karito cyatumye umugabo arira ivelise amaze kurira indege agiye rico wasigaye kibuga cy’ indege yasubiyeyo acunga abashinzwe umutekano akora poubelle akuramo karito arayitahana ivalise rico bamaze gufungura ikarito ivelise avuye yaragiye bafunguye karito basanga harimo akabumbe gato cy’ ikirahureboule de neige barebye ako kabumbe basanzemo amafoto ifoto iy’ umwana muto w’ umukobwa indi iy’ umusaza n’ umukecuru ku ifoto y’ mwana w’ umukobwa hari handitse turagukunda katie nana papa ivelise akimara kubona mafoto yiyumvisemo mugabo kibuga cy’ indege impamvu yarize ako kabumbe ak’ agaciro gakomeye kuriwe ivalise yatekereje ako kabumbe urwibutso rw’ umuryango mugabo atangira gushakisha nyirako yafotoye amafoto ako kabumbe ayashyira facebook rwego kurangisha abantu bamufasha gukwirakwiza butumwa benshi butumwa bugera k’ ushinzwe umutekano kibuga cy’ indegewawundi wategetse ako kabumbe kajugunywa abwoherereza umugore uwo mugore wohererejwe butumwa akora nzu yitwa things remembered’ ikora impano uwo mugore yarebye mpano amenya umuntu wayikoresheje afata nimero y’ muntu ayoherereza ivalise ivalise ugifite amatsiko kumenya byinshi mpano idasanzwe yasanze uwakoreshe mpano linda modry byari ibyishimo bidasanzwe linda yabonaga impano yarakoresheje igahezwa kibuga cy’ indege ivalise ahura linda n’ umugabo wategetswe kujugunya ikarito linda yakoreje boule de neige’ kugira azayihe umukobwa isabukuru y’ imyaka ku bw’ amahirwe ako kabumbe kageze linda umunsi w’ isabukuru utaragera ivalise ajya kureba linda ntabwo yateze indege uwo mukobwa gukoresherezwa umunsi mukuru yitwa katie katie ntabwo tariki mutarama aribwo yavutse ahubwo nibwo linda michel bamwakiriye nk’ umwana wabo muryango ivelise yarongeye atangaza inkuru facebook abwira abantu byamugendekeye abantu benshi baramushira umugore warezwe mu babonye nkuru harimo ushinzwe umutekano kibuga cy’ indege wahise asobanuriye ivalise imvano kuba boule de neige yarajugunywe boule a neige iruta akadenesi bunini ntabwo yemewe ndege boule de neige ifite ubunini buruta ubwa akadenesi ntabwo yemeye kwinjizwa ndege kuko imbere boule de neige haba harimo gaz abashinzwe umutekano ntabwo bizeye gaze irimo imbere muzishobora gushyira ubuzima bw’ abantu kaga cyangwa gaze yoroheje niyo mpamvu boule de neige nini itewe ndege src topseasyvoyagecom
13relationship
dore ibimenyetso simusiga bigaragaza umugore uca inyuma umugabo
guca inyuma mwashakanye akenshi bigira ingaruka muryango zishobora gutuma umwe bagize urugo yihimura akaba yakiyambura ubuzima cyangwa akishora ngeso bityo binjiye gikorwa kitari kiza kabuza urugo rurasenyuka byagenda kosegusa hakaba n’abemeza ngeso ishobora guterwa n’uko mwashakanye atakwitaho umugabo uca inyuma umugore akunda kubishyira mugaragaro niyo abihishe mpinduka nyinshi zigaragara agira myitwarire kuburyo wamumenya byoroshye bitandukanye n’umugore kuko yatangiye guca inyuma umugabo imyifatire irahinduka gusa hari myifatire tugiye kubabwira hano nubwo igaragaza umugore uca inyuma umugabo hari n’abagore uzayisangana atari baca inyuma bashakanye ahubwo ariyo nzira baganamo rimwe rimwe batanabizi kuzinukwa umugabo umugore uca inyuma umugabo atangira kumuzinukwa ntamusasire neza bagera buriri akamutera umugongo rimwe akitwaza umunaniro ubundi akitwaza ibitotsi kutubaha umugabo icyubahiro yahaga umugabo kiragabanuka bikagaragarira cyane buryo asubiza umugabo amufata bandi n’uburyo yanga kubahiriza ibyemezo bifatwa n’umugabo kwigira muto abagore baca inyuma abagabo bakunda kugira ingeso kwigira bato myaka akambara utwenda tw’inkumi akiga kuvuga nk’inkumi akitwara nk’umukobwa muto akanagendana n’abakobwa bakiri bato kuburyo ushobora kwibwira adolescence kutita kuby’urugo ibibera rugo usanga ntacyo bikimubwiye kandi umugore umutima w’urugo agomba kumenya ibibera rugo byose ibikoresho murugo bishaje bikenewe gusimburwa ibikenerwa bidahari bigomba guhahwa n’ibindi byose urugo rukeneye we usanga atabyitayeho ameze nk’utahaba kugira ingendo buri kanya gugukora ingendo zimwe zimwengaho yagiye gusura umuntu biganyeyagiye gusura muryango weyagiye gusura abarwayi bitarondetse n’ahandiibi abikora ahanini yigiriye gusohoka n’ihabara bacuditse kure y’aho umugabo akorera kandi akabanza agateguza yabeshye umugabo bujye gusura kuburyo umugabo n’abahamagara bamubwira ahari kibazo kandi yiciriye izindi nziranoneho yava gahunda ze akabona guca hahantu yabwiye umugabo akagira n’icyo yitwaza cyaho kugira umugabo amwice bwonko yemere yamubeshye yanditswe habarurema djamali
10religion
maggie blanchard dena mwana bategerejwe i kigali gitaramo guhimbaza imana
ku nshuro kabiri hategurwa igitaramo fragrance of worship gitegurwa n’umuramyi fortrand bigirimana afatanyije moriah entertainment group hatumiwe abahanzi bakomeye ndirimbo kuramya imana maggie blanchard umuhanzu w’icyamamare canada ndetse dena mwana repubulika iharanira demokarasi congo ku itariki nyakanga nibwo gitaramo kizaba kizabera christian life assembly kwinjira bizaba amafaranga ibihumbi bitanu frw n’ibihumbi icumi frw dena mwana maggie blanchard bazafatanya fortrand bigirimana utegura gitaramo serge iyamuremye ndetse luc buntu muri gitaramo bigirimana fortrand azamurika album gatatu ndetse dvd y’amashusho ntaco nzaba tariki kanama nibwo bahanzi bazerekeza burundi gukorerayo igitaramo tariki nyakanga nibwo habaye igitaramo mbere fragrance of worship icyo gihe groupe exo bufaransa bataramiye abanyarwanda nshuro mbere dena mwana afite albums hosanna yasohoye monene yasohoye muri yegukanye igihembo african gospel music awards agma i londres bwongereza ni umugore wubatse yashakanye ’manager’ kuri bafitanye abana yamenyakanye cyane kubera indirimbo ze nzambe monene elombe nindi yise emmanuel maggie blanchard yavukiye port-au-prince hati ariko aza kwimukira canada abantu bamukunze ndirimbo zinyuranye ariko cyane cyane iyitwa libr nayo yitiriye album mbere yasohoye yazengurutse bihugu byinshi mu bufaransa cte d’ivoire madagascar leta zunze ubumwe amerika
2economy
sacco mayange intangarugero karere bugesera
ibi umuyobozi w’akarere akaba yarabitangaje kuwa kabiri tariki ukwakira nyuma gusoza amahugurwa y’abakozi sacco y’umurenge mayange ati sacco z’iyindi mirenge zikwiye kwigira kugira nazo zibashe kwiteza imbere nako ziteza imbere abazigana iyi koperative kubitsa kuguriza y’umurenge mayange niyo abaturage bahanze amaso kuko izabafasha kugira imbere hazaza heza kubafasha kugera majyambere arambye umuyobozi sacco mayange habinshuti aimable atangaza batazategereza imyaka itatu y’ikigo cy’igihugu gishinzwe amakorative rwanda cooperative agency rca bahawe kugira babashe kwiyubaka yagize turasaba abakozi bacu bahabwa amahugurwa nk’aya ahoraho cyane cyane ibijyanye n’ikoranabuhanga kugira babashe gucunga neza umutungo w’abanyamuryango bacu sacco mayange ifite abanyamuryango bagera matsinda bafite ubwizigame bugera mafaranga miliyoni ndetse n’amakonte akora neza umukozi banki nkuru y’igihugu bnr nsabimana gerard yemereye abakozi b’iyo sacco amahugurwa ahoraraho cyane cyane mucungamari n’ushinzwe inguzanyo aya mahugurwa akaba yaramaze iminsi ibiri akaba yarateguwe millennium villages project mvp bufatanye banki nkuru y’igihugu bnr n’ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative rca umurenge sacco watangijwe rwanda mugaragaro kwezi k’ukwakira mwaka gihugu hose kuva koperative kubitsa kugurizanya zitangiye izigera zimaze kubona ibyangombwa banki nkuru y’igihugu bizemerera gutanga inguzanyo nk’uko bisabwa zigomba kuba zifite umutungo miliyoni nibura iyo ugeze turere dutandukanye tw’igihugu usanga abaturage benshi bamaze gusobanukirwa ibijyanye kwizigamira ubushakashatsi bwakozwe minisiteri y’imari n’igenemigambi mwaka bugaragaza gusa by’abanyarwanda aribo bakorana n’ibigo by’imari badakorana nabyo gihe abagera aribo bazigama amafaranga buryo gakondo nk’ibimina n’ibindi egide kayiranga
2economy
abagana cogebanque banyuzwe serivisi z’imari bagezwaho hifashishijwe ikoranabuhanga
muri minsi isi yugarijwe n’icyorezo covid- giterwa coronavirus buri wese boroheje n’abakomeye bifashishije ikoranabuhanga kwirinda ikwirakwira ryacyo imikoreshereze y’ikoranabuhanga ntiyasize urwego rw’imari kuko serivisi nyinshi zatanzwe ariryo ryifashishijwe usibye ubwirinzi coronavirus kwifashisha ikoranabuhanga guhererekanya amafaranga binagabanya ikiguzi kuyabungabunga igihe cyatakazwaga ngendo gutonda imirongo banki kigakoreshwa bindi bibyara inyungu banki nyarwanda y’ubucuruzi cogebanque plc zatanze umusanzu wazo gufasha abayigana kubona serivisi z’imari buryo bworoshye kandi bihe byose hifashshijwe ikoranabuhanga mu kwezi gushize gihe abaturarwanda batari bemerewe rugo benshi bakoresheje ikoranabuhanga gushaka serivisi zitandukanye nko guhaha bifashishije internet kwishyura guhererekanya amafaranga n’ibindi abakiliya cogebanque plc babwiye igihe bayigannye kuko banki ibegera ikanabagira inama ndetse ikabagezaho serivisi z’imari buryo bw’ikoranabuhanga rigezweho nkubana alphonse umaze imyaka akorana cogebanque yashimye gihe guma rugo yafashijwe kubona serivisi nkomyi yagize coronavirus ikihagera twahise twinjira internet banking kwishyura hagati yacu kugura ibicuruzwa byabaga byoroshye serivisi zari nziza abakozi bakora neza twabahamagaraga saa sita z’ijoro buryo hari bataryamaga’’ nkubana ukorana n’ishami cogebanque plc chic yavuze iryo koranabuhanga ryamunyuze kuko abenshi twarikoreshaga kohererezanya amafaranga kandi udasobanukiwe bakagufasha avuga ikoranabuhanga ryifashishwa ritanga umutekano kuko utaba ufite impungenge kugendana amafaranga ntoki ati iyo wishyuriye umuntu ikoranabuhanga haba hari gihamya wishyuye kandi birihuta’’ barambitse sheki bayoboka ikoranabuhanga butwatwa paul yayobotse ikoranabuhanga serivisi z’imari gihe mbere yakoreshaga sheki kwishyurana yagize nagiye serivisi mobile wallet’ wagereranya kugira banki biganza byawe igihe cyose kubera ibya covid- mbere nakoreshaga sheki cyangwa nkagendana amafaranga ubu njya rutsiro cyangwa nyagatare nkishyura abakozi kibazo nkoresheje mobile wallet cogebanque’’ usibye kuba ingano y’amafaranga ushobora kubikuza ukoresheje sheki yaragabanyijwe binatanga umutekano w’amafaranga ahererekanywa uyu rwiyemezamirimo ukora by’ubwubatsi umaze imyaka umunani akorana cogebanque yashimangiye bakorana babyumvise kuko biroroshye kwishyura umukozi ukamuha amafaranga mobile money’ yakomeje gukorana n’ikoranabuhanga byiza tugomba kubimenyera tukabijyamo gukoresha ikoranabuhanga ingenzi kuko bikemura ibibazo bitagusabye kugendagenda’’ cogebanque plc imaze imyaka isaga itanga serivisi z’imari yifashisha ikoranabuhanga zirimo kwakira kohereza amafaranga kureba amakuru konti kuyabika kubitsa kubikuza kureba amafaranga ufite konti kwishyura imisoro agaciro k’ifaranga isoko ry’ivunjisha amafaranga yoherezwa hifashishijwe mobile money n’izindi umuyobozi ushinzwe serivisi z’ikoranabuhanga cogebanque plc yvon gilbert nishimwe yavuze byagaragaye buri wese ashobora gukoresha ikoranabuhanga akabona serivisi banki hose buryo bwihuse bworoshye kandi buhendutse yagize twakiriye abantu benshi batugana basaba gukoresha ikoranabuhanga serivisi banki byadufashije bukangurambaga kubwira abakiliya ibyiza biri guhererekanya amafaranga binyuze ikoranabuhanga’’ yagaragaje uburyo bwizewe kandi butanga umusaruro mutekano w’amafaranga ati nta mpungenge umucuruzi ashobora kugira kuko umutekano w’amafaranga uba wizewe bigabanya igihe yamaraga agana banki kuko ashobora kubikorera iwe rugo mwanya akawukoramo ibindi’’ cogebanque plc ifite amashami gihugu hose ifite ibyuma atm abayihagarariye agents barenga bayifasha gutanga serivisi gufunguza konti kubitsa kubikuza kohereza amafaranga n’izindi serivisi zirimo n’izifashisha ikoranabuhanga internet banking mobile banking coge mbank ikarita smart cash ifasha kwishyura kubikuza rwanda n’amakarita mastercard debit credit prepaid afasha abayakoresha kwishyura kubikuza ahantu harenga miliyoni isi u rwanda rwihaye intego amafaranga abarirwa kigero y’umusaruro mbumbe w’igihugu azahererekanywa hifashishijwe ikoranabuhanga avuye amafoto muhizi serge
13relationship
uganda umusore yashyingiranywe n’umukobwa wamutabaye amerewe nabi n’umushoferi taxi wamwishyuzaga
umusore witwa isaac jacob luwo w’imyaka yashyingiranywe n’umukunzi bamaranye imyaka witwa annet nakabonye w’imyaka wamutabaye amusanze muhanda amerewe shoferi taxi wamwishyuzaga amafaranga kandi yibagiriwe ikofi rugo mu mwaka luwo yateze taxi agiye gahunda zeageze yagombaga kuviramo ashaka ikofi akuremo amafaranga kwishyura umushoferi wamutwaye arayibura niko gutangira gushwana amwinginga basubire rugo ajye kuyamushakira bakiri guterana amagambonibwo annet yaje yumva ikibazo kimeze niko kwiyemeza kwishyurira luwo mafaranga yasabwaga kwishyura mushoferi nyuma gufashanyaaba bombi bahanye nimero batangira kujya bavugana gake gake birangira bashyingiranywe kuwa ugushyingo mwaka luwo yabwiye abanyamakuru b’ikinyamakuru myweddingcoug yamaze imyaka akundana bisanzwe annet hanyuma aza kwiyemeza kumusaba urukundo icyakora nshuro mbere ntibyashobotse luwo abona ashaka ariko yakomeje guhinga kugeza annet amwemereye bakundana agerageje inshuro zose luwo yagize nta n’igiceri kimwe nari mfite mufuka ariko umukobwa ntari nzi yavuye taxi aranyishyuriranubwo nyuma yanze kumbera umukunzisinatakaje ibyiringiro nakomeje kwihangana ntegereza andi mezi atandatu ndongera ndabimusaba uyu musore yavuze mukobwa yamwemereye bakundana ariko amusaba ibintu birimo kureka akabanza akarangiza ishuli kubatizwa akakira yesu nk’umwami n’umukiza weabyemera atazuyaje uyu musore yaje gutera intambwe amenyana n’ababyeyi b’uyu mukobwa ndetse bamuciye inkwano z’inka enye kugira yegukane annet wamwemereye kumubera umugore munsi w’amavuko uyu mukobwa annet nakabonye n’umucuruzi gihe luwo asanzwe manager uber dusingizimana remy is a journalist for umuryangorw he studied at the university of rwandahe holds a bachelor’s degree in journalism and communication he started his career in writing about sports in follow him on twitter and instagram remy sagan
13relationship
ibimenyetso bizakwereka ukanda umugabo wubatse ariko utabizi
bikunze kubaho cyane umukobwa ahura n’umugabo cyangwa se wenda ushobora kubaumubona mo umusore ariko by’ukuri yasize urugo rurimo umugore ndetse n’abana umukobwa mwahura aka kubeshya umu seribateri uti nitomboreye umukunzi kandi muby’ukuri urimo wishuka aha twakusanyije ibimenyetso bizakwereka mukundana afite umugore yasize murugo kwitaba telephone yiherereye akenshi mwene bagabo masohokanye cyangwa ahandi hose mwaba murikuganirira telefoni nyinshi azitabira hanze ntabwo ashaka umenya afite umugore cyangwa avuge ibintu byerekeranye n’urugo umwumva kuko wahita umuvumbura aguhisha ibintu byinshi mu biganiro byinshi mugirana nk’abantu mukundana akunda kuguhisha ibintu byinshi hari ingingo mugeraho agahita azihindura ntashake kuzivugaho iyo umusore mukundana byose murabiganira ntacyo aguhishantanicyo yishisha ariko umugabo wubatse kuko hari adashaka umenya agira amacenga menshi mvugo yeibikorwa akugaragariza nta mishinga miremire agufiteho iyo ukundanye n’umusore ikizakubwira urukundo rwayu rufite icyerekezo uzumva ashaka mupanga imishinga miremire uyu mugabo waguyeho ugira ubonye umukunzi siko bigenda ntakintu cy’ahazaza cyangwa umushinga muremure agufitiye cyangwa agushyiramo ni urukundo kuryoshya gusa ibindi ntubimubaze aguteretesha amafaranga nubwo n’abasore bamwe babigira ariko mwene bagabo bafite ingobateretesha amafaranga gusa ikintu cyose ukwishyura kwita musatsi wawe kukugenera impano zinyuranye kandi zihenze amafaranga nibwo buryo afite kukwereka agukunda ntagufitiye urukundo ahbwo arashakako agera ngingomukaryamana ntitwirengagize hari n’abandi bafite ururimi rutyayeimitoma kugutetesha babizi gahunda zose zikorerwa kabari ntakuntu wakundana n’umuntu utazi atahaabarizwaakora uyu mugabo kubera adashaka umenya ibye ntaba ashaka kukwereka ataha akenshi gahunda zose muzikorera kabarihoteli niho hamwoohera guca umugore inyuma kirazira yakwereka iwe hari n’ababa bafite amayeri menshi akajya yifashisha urugo mugenzi isiri impeta nubwo hari abagabo batagira isoni gutereta inkumi bambaye n’impeta igaragaza yubatse abenshi babanza kuzikuramo iyo umuntu uzi kwitegereza hari igihe rutoki rwe impeta iba yarishushanyije niba ubona umukeka itegereze neza urutoki abashakanye bambaraho impeta hari igihe wagira amahirwe ukahamufatira ntashobora kwitaba telefoni masaha akuze nijoro iki ikimenyetso nacyo gifatika cyane umugabo wubatse akenshi umuhamagaye masaha nijoro ntakwitaba aba arikumwe n’umugore wentashaka kuvumburwa arakwihorera akaguhamagara bukeye niba bibaho kenshi iteka umuhamagaye nijoro atakwitabacyangwa mwanavugana ukumva ntashaka muganira ibintu byinshitangira kugira amakenga umushakeho amakuruahagije yanditswe akayezu snappymuhaburarw
0politics
umwiherero hagaragajwe ishusho y’urwego rw’uburezi n’ibikeneye guhindurwa
mu kiganiro iterambere ry’uburezihagaragajwe amashuri y’imyuga yikubye inshuro gihe umubare w’abayagana wikubye kabiri gusa aya mashuri agera gihe abiga mashuri bavuye bihumbi bakagera bihumbi ku rundi ruhande ariko amashuri afite ubushobozi buke kwakira abashaka kuyigamo rwego kaminuza mu itangira ry’amashuri riheruka abanyeshuri basabye kwiga imyuga n’ubumenyi ngiro abasaga gato babonye imyanya mu bibangamira abashaka kugana amashuri y’imyuga n’ubumenyi ngiro harimo kuba ahenze kubera ibikoresho byifashishwa kwigisha ariko rundi ruhande hakaba hari abafite imyumvire ikerensa mashuri uretse imyuga n’ubumenyi ngiro kiganiro hagaragajwe ishusho y’urwego rw’uburezi rusange ndetse n’ibikeneye guhindurwa kugira uru rwego rwubakirweho ubukungu bw’u rwanda cyerekezo biteganyijwe munsi w’umwiherero haganirwa bukungu bw’u rwanda bihe biri imbere ndetse ngamba kurwanya ruswa gihugu chief editor muhaburarw
2economy
actis irifuza kugurisha imigabane yayo bcr
impamvu yindi uretse kuba yarafashije banki kwiyubaka kuzamura inyungu yayo ruhando rw’andi mabanki leta y’u rwanda ifite imigabane igera banki y’ubucuruzi y’u rwanda nayo yiteguye kugurisha iyayo gihe kigega actis cyamaze gushyira isoko imigabane yacyo bcr bwana sanjeev anand uyobora bcr mwaka kugeza aratangaza abashoramari benshi rwanda cyangwa se hanze yarwo bigaragara bashishikajwe n’imigabane actis ariko bazakomeza kugenda babiganiraho mu mwaka banki y’ubucuruzi y’u rwanda yageze rwunguko miliyoni z’amadorari ukuvuga miliyari zirenga z’amanyarwanda gihe imigabane actis miliyoni z’amadorari zingana miliyari z’amanyarwanda anne marie niwemwiza
0politics
imikorere kutababarira ruswa yatunguye abapolisi b’abanyatanzaniya rwanda
umuhuzabikorwa w’iri tsinda sap lucas kusima ejo yatangaje amahame y’u rwanda gukumira kurinda ruswa hejuru ugereranyije n’ayo tanzania avuga kutababarira icyaha ruswa gato ingenzi urwo rugamba ukuriye urwego rw’iperereza rwanda christopher bizimungu yatangaje guca ruswa bituruka rwego hejuru bikabona kugera baturage yemeza buri wese afite uruhare kurwanya ruswa yagize ntitwavuga rwanda ruswa ihari ariko muntu wapfa kuyishoramo adafite ubwoba gukurikiranwa mu mwaka ushize hakurikiranywe ibirego byayo bigera itsinda ry’abapolisi tanzaniya yatemberejwe ibice bitandukanye basobanuriwe uruhare polisi y’igihugu kwiha ishema imibanire mpuzamahanga ibikorwa remezo polisi ikorera baturage uburinganire n’imibereho myiza y’abapolisi n’ibindi emmanuel n hitimana
4entertainment
abakina cinema nyarwanda barahamya mwuga uteza imbere uwukora
ibi byatangarijwe karere musanze cyumweru tariki gikorwa cyiswe come and see the movie igikorwa cyari kigamije kumurika cinema nyarwanda zigera eshanu filime zamuritswe mariza impamvu umuringa ineza yawe ndetse firime yakozwe n’abantu baturuka gihugu cy’uburundi zikaba zije gukuraho karande kureba firime zikina ibibera bindi bihugu urubyiruko rudafite rukora rurakangurirwa kwitabira mwuga cyane ukozwe neza ubeshaho uwukora nk’uko byatangajwe harerimana ahmed umuyobozi w’ihuriro nyarwanda ry’abakora umwuga cinema yagize ubu abanyarwanda kwiga kwihangira imirimo ubu uburyo kwihangira umurimo muzaze tubigishe mwige cinema nimurangiza muzabonako izabatunga musabyimana charles umaze kumenyekana cinema nyarwanda uzwi papa fabiola avuga ubutumwa butangwa ubugamije kubaka umuryango nyarwanda bukosora bwigisha ndetse bunagerageza kuruhura ababareba aba bakinnyi bemeza cinema yatumye batera intambwe iterambere ryabo n’imiryango bityo bagahamya uwabegera yaba nzira nyayo y’iterambere izi firime eshanu zizakomeza zerekanwe tundi turere tw’igihugu nako hatangwa ubutumwa bw’amahoro bagize umuryango nyarwanda jean noel mugabo
4entertainment
inzu corneille iragurishwa cyamunara kubera kutishyura imisoro
ikinyamakuru canada cyitwa journal de qubec cyatangaje revenu canada yagwatiriye inzu corneille i lorraine majyaruguru y’umujyi montral iyo inzu kugurishwa cyamunara ifite agaciro k’amadorali y’amerika amafaranga y’u rwanda arenga miliyoni magana atatu minisiteri canada ishinzwe imisoro ivuga corneille agomba kwishyura amadorali y’amerika frws harimo n’inyungu kugira hubahirizwe itegeko rigenga imisoro gihugu corneille yatangarije journal de qubec amateka y’ibyo byose aturuka bibazo by’amafaranga amaranye igihe bituruka kibazo yagiranye n’inzu imutunganyiriza umuziki yagize ndi bibazo nk’abandi bahanzi sinashoboraga gukora nshyiye ahagaragara indirimbo kubera kibazo cyatumye umutungo wanjye uhungabana corneille akomeza avuga afitanye ibibazo minisiteri ebyiri canada zishinzwe iby’imisoro ariko iya kabiri ariyo revenu qubec ntabwo yigeze ibikurikirana nk’uko revenu canada yabigenje yagize ikibazo nagiranye n’inzu intunganyiriza umuziki cyanteje igihombo gikomeye ariko ubungubu tumeranye neza buryo nizera ngiye bibazo corneille avuga minsi imbere azatangira kugurisha qubec album izina ryayo ntirizwi iriho indirimbo ze iyo album akaba yarayikoreye bufaransa mwaka norbert niyizurugero
13relationship
abo revive yafashije gutera akabariro barayivuga imyato
imibonano mpuzabitsina ifata umwanya mbere buzima bw’abashakanye buryo urugo rushobora gusenyuka igihe idakozwe neza bamwe bagabo n’abagore imibonano mpuzabitsina ifata umwanya mbere buzima bw’abashakanye buryo urugo rushobora gusenyuka igihe idakozwe neza bamwe bagabo n’abagore abagiraga ibibazo kutishimira imibonano mpuzabitsina kubera impamvu zitandukanye bemeza umuti witwa revive wabafashije uba barawuvuga imyato bakanagira inama bagenzi kutirengagiza ikibazo gikomeye ingo zabo zahura nacyo igihe gutera akabariro byaba bidakozwe neza ni urwo rwego hari abakunzi bacu batwandikiye benshi bashimira ikinyamakuru ukwezicom kuba cyarababereye umuyoboro kumenya revive ikababera kubasha gutera akabariro twandikiwe n’abakunzi benshi baduha ubuhamya revive tugiye kubagezaho ubw’abantu ubw’abandi tuzabubagezaho nyandiko zacu zitaha hari uwatwandikiye agira mu minsi ishize nandikiye ukwezicom ngisha inama gihe umugore wanjye yendaga kwigendera kuko twageraga buriri twatangiraga gahunda kanya nk’ako guhumbya nkaba ndarangije kandi sinongere kubishaka vuba bigatuma madame ahorana umusonga kuko atabaga yarangije mu bantu bangiriye inama hari abambwiye kuvugisha umuntu ugira produits revive yewe bampa numero narayihamagaye bandangira bakorera njyayo mbabwira ikibazo cyanjye bampa revive n’undi ntibuka izina nkaba nshimira ukwezicom n’abasomyi bako kuba barampaye amakuru yatumye urugo rwanjye rukomera imana ihe umugisha buri wese wampaye amakuru revive hari n’umudame watwandikiye agira muraho neza nshuti zanjye duhurira muyoboro uduha amakuru meza kandi atanga umusaruro nejejwe kubashimira inama nziza mwampaye zatumye urugo rwanjye rushinga imizi rugakomera ndi umugore ndubatse namaze igihe kinini ntazi umugore ashobora gukora imibonano mpuzabitsina akaraniza nahoraga numva nshaka gukora imibonano mpuzabitsina kandi nararanye n’umugabo yemwe twanaraye tuyikoze ariko igihe cyose umugabo akarekeraho nkibishaka nanamusaba kongera igitsina ntikeguke ngahora numva ndwaye umutwe ndetse nkanababara kiziba cy’inda yaje kugera ambwira igihe secondaire yajyaga yikinisha bimaze kunyobera naje gushaka kumuca inyuma kuko boss wanjye kazi yahoraga ansaba turyamana noneho kubera umusonga nari mfite nkumva namwemerera gusa ngatinya ingaruka guca inyuma twashakanye naje kwiyemeza kugisha inama abantu batanzi kuko numvaga mfite isoni kubaza tuziranye nandikira ukwezicom mbabwira ikibazo mfite abasomyi bangira inama kuganiriza umugabo agafata imiti y’abashinwa irimo revive kubera byari bimuhangayikishije ntiyangoye twahise duhamagara numero bampaye turabavugisha tubabwira ikibazo cyacu kubera twari kure kigali rubavu twaboherereje amafaranga mobile money batwoherereza products virunga itugeraho umugabo atangira kuyifata nyuma y’icyumweru umugabo atangira gukora ibintu neza rwose gutekereza kumuca inyuma narabyibagiwe za stress kubabara kiziba cy’inda bindi byose byatumaga nanahorana umushiha byarashize nkaba rwose nshimira abakunzi b’iki kinyamakuru nama nziza bangiriye none urugo rwanjye rukaba rumeze neza
2economy
inzoga ikoze myumbati yashyizwe isoko
inkuru dukesha bbc ivuga ubusanzwe hari abantu basanzwe bakora ibinyobwa bitandukanye bikoze myumati cyangwa bindi binyabijumba ariko ikibazo kikaba aruko binyobwa bishobora kugira ingaruka zirimo n’urupfu abahagarariye sabmiller batangaza inzoga bakoze kibazo izatera buzima muntu iyo nzoga yakorewe gihugu mozambique uru ruganda ruvuga buri mwaka bizajya bisaba toni ibihumbi mirongo ine z’imyumbati gukora nzoga ibi byatumye bamwe bahinzi bavuga bizatuma inzara yiyongera afurika kuko imyumbati kimwe bihingwa bifitiye akamaro kanini abanyafurika bijyanye n’imirire uruganda sabmiller rukomoka bwongereza rwakoze umushinga guha akazi abahinzi barenga bahinga imirima myinshi y’imyumbati norbert niyizurugero
1sport
u rwanda rutsindiye seychelles iwabo -
ikipe y’ igihugu y’ umupira w’ amaguru rwanda amavubi itsindiye ikipe y’ igihugu seychelles iwabo umukino kwishyura uteganyijwe minsi imbere ikipe y’ igihugu y’ umupira w’ amaguru rwanda amavubi itsindiye ikipe y’ igihugu seychelles iwabo umukino kwishyura uteganyijwe minsi imbere uyu mukino wabaye kane tariki nzeri wabaye gihe ikipe y’ u rwanda amavubi itabonye umwanya uhagije kwitegura kuko yatinze kubona umutoza ahamagare abakinnyi bitegure mukino nubwo kipe y’ abasore b’ u rwanda yahamagawe hasigaye ibyumweru bitageze bibiri mukino ube ntibyabujije abasore b’ u rwanda kwitwara neza gukura intsinzi ikipe seychelles igitego mbere cy’ amavubi cyatsinzwe hakizimana muhadjiri munota w’ umukino ishoti rifite imbaraga yatereye metero imbere y’ izamu seychelles ku munota yannick mukunzi yatsindiye amavubi igitego ishoti ry’ umutwe mupira uvuye koruneli ku munota kagere meddy yatsinze igitego cy’ amavubi umukino w’ u rwanda seychelles majonjora gushaka tike y’ igikombe cy’ isi urangira by’ u rwanda busa seychelles ku munota w’ umukino kagere meddy yahise asimburwa sugira ernest ntabwo abakunzi b’ amavubi baherukaga kubyina intsinzi kuko intsinzi amavubi yaherukaga u rwanda rwatsinze misiri - abakinnyi b’ ikipe y’ igihugu amavubi hagati y’ imyaka ufite muhire kevin ufite kagere meddy abenshi bafite imyaka abenshi bakinnyi bakinnye mukino abasore b’ u rwanda bakina hanze dore bakina imbere gihugu abakinnye mukino gusa
2economy
abadepite barashima imikorere koperative kawa rushashi
iyo koperative yavutse mwaka yashimiwe kuba ifite inzego zubatse neza buryo byubahirije amategeko agenga amakoperative rwanda kandi ikaba yariteje imbere ndetse n’abanyamuryango hon mudidi emmanuel ukuriye komisiyo yagize twagiye ahantu henshi tuhasanga ibibazo ariko hano tuhasanze ibisubizo ibi biduhaye morale dukurikije inzego zubatse mukurikiza amategeko izo ntumwa rubanda zahamagariye abanyamuryango koperative abakundakawa rushashi kugana umurenge-sacco kuko zabafasha kurushaho gutera imbere kandi umutekano w’amafaranga ukaba wizewe ijana ijana abanyamuryango b’iyo koperative bagejeje badepite ikibazo kutagira inzu bwite gukoreramo ariko bakaba barimo gusaba akarere ikibanza kubakamo ibyagezweho koperative koperative abakundakawa rushashi yongereye umusaruro uva toni mwaka zagurishijwe miliyoni none igeze toni zinjije miliyoni zisaga mwaka mu rwego guteza imbere abanyamuryango bayo kongera ifumbire gufumbira ikawa bakagera ikawa y’umwimerere koperative yatanze inka z’inzungu zisaga banyamuryango ihene ndetse n’ingurube nk’uko rucamumakuba jean marie vianney umuyobozi w’inama y’ubutegetsi abitangaza akomeza avuga kubera imikorere myiza iranga koperative koperative yasabye inguzanyo miliyoni mwaka none yarangije kuzishyura inunguka miliyoni yaguze imodoka daihatsu miliyoni kugeza kawa gihe ruganda mu irushanwa kawa abakundakawa rushashi begukanye umwanya gatatu gihugu cyose koperative abakundakawa rushashi ikorera kagari kageyo murenge rushashi igizwe n’abanyamuryango bagera yatangiye mwaka iza guhinduka koperative nshimiyimana leonard
0politics
yihingiraga urumogi bishyimbo ayobye uburari
biziyaremye yasanganwe ibiti bine by’urumogi biteye murima yarahinzemo ibishyimbo birebire bisa mushingiriro polisi yamufashe nyuma guhabwa amakuru musore ashobora kuba ahinga urumogi bishyimbo uyu musore yiyemereye icyaha avuga yaruhinze bishyimbo rwego kuyobya uburari kugira ntihagire uwaba yabikeka ibiti by’urumogi yabihinze murima rwagati abaturanyi bavuga biziyaremye ndiri y’aho banwera urumogi hari bamwe bavuga ahubwo ushobora gusanga urwo rumogi rwameze bishyimbo imbuto zaba zaraguyemo kuruhanwera gusa ariko nyiri kuruhinga yiyemerera yaruhinzemo umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge mugesera bizumuremyi jean damascene avuga ibikorwa guhinga urumogi ubwa mbere bigaragaye k’umuturage w’umurenge ayobora urumogi rwanda rufatwa nk’ikiyobyabwenge kiri isonga guhungabanya umutekano bityo bikaba bitemewe yaba kurunwa cyangwa kurucuruza jean claude gakwaya
4entertainment
legacy clinics yifatanyije n’abanyarwanda kwibuka jenoside yakorewe abatutsi
email yanyu ntigaragazwa rubuga amazina email ngombwa igitekerezo documentgetelementbyidcommentsetattribute id acacceccacefac documentgetelementbyidjaaadsetattribute id comment amazina email email yanyu ntigaragazwa rubuga amazina email ngombwa igitekerezo documentgetelementbyidcommentsetattribute id acacceccacefac documentgetelementbyidjaaadsetattribute id comment amazina email
3health
mu rwego kongera ireme ry’uburezi minisiteri y’uburezi igiye gukomeza gushyigikira iterambere ry’umwarimu
ni nsanganyamatsiko yagiraga iti gushyigikira mwarimu ukubaka iterambere rirambye mbere tariki nzeri hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe umwarimu isi hose abanyarwanda babifashijwemo minisiteri ifite uburezi nshingano zayo nabo bijihije munsi mukuru w’aabareziabarimu minisiteri y’uburezi munsi mpuzamahanga mwarimuubutumwa bwatanzwe n’umunyamabanga leta ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye olivier rwamukwaya mwarimu niwe nkingi mwikorezi w’ireme ry’uburezi bityo akaba akwiye guterwa inkunga yagize uburezi bufite ireme nayo ntego nyamukuru igihugu cyacu cyiyemeje rwego kugera iterambere rirambye umwarimu akaba afite uruhare rukomeye kugirango ntego igerweho ariyo mpamvu akwiye guterwa inkunga buri wese leta ababyeyi ndetse n’abandi bafatanyabikorwa burezi twabibutsa kuwa kabiri taliki kanama nama yateraniye i kigali hagamijwe kurebera hamwe mineduc yashyize bikorwa yiyemeje ibitaragezweho n’ibiteganywa gihe kizaza yatangaje rwego kuzamura imibereho mwarimu kumufasha kwiteza imbere abana babiri yabyaye bazajya bigira ubuntu mashuri abanza kugeza yisumbuye nk’imwe ngamba zashyizweho zikiri mishinga gahunda kugeza ikaba itarashyirwa bikorwa umunsi mpuzamahanga w’abarimu washyizweho rwego mpuzamahanga bwumvikane bw’ ishami ry’umuryango w’abibumbwe rishinzwe uburezi ubumenyi n’umuco unesco n’umuryango mpuzamahanga wita murimoilo ku rwego rw’isi munsi washyizweho ariko watangiye kwizihizwa mwaka mu rwanda watangiye kwizihizwa mwaka yanditswe akayezu snappymuhaburarw
0politics
kirehe umugabo yishe umugore agerageje kwiyahura ntiyapfa
umugabo witwa nsanzabagabo bonaventure murenge musaza karere kirehe yishe umugore musabyemariya beatrice amuciye ijosi agerageza kwiyahura umugabo witwa nsanzabagabo bonaventure murenge musaza karere kirehe yishe umugore musabyemariya beatrice amuciye ijosi agerageza kwiyahura byabaye ukwakira ma saa tanu z’ ijoro ryakeye umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge musaza majyambere jean claude yabwiye ukwezi icyatumye mugabo yica umugore kitaramenyekana gusa harakekwa amakimbirane ashingiye gucana inyuma gitifu majyambere avuga mugabo wahoze umusirikare yatemye ijosi ry’ umugore akoresheje umuhoro arangije anywa umuti wica ntiyapfa agerageje kwikata ijosi nabwo ntiyapfa yagize mu ma saa tanu z’ijoro nibwo umugabo yakase ijosi umugore yiha umuti wica anikeba ijosi ariko kugeza ntabwo arapfa yatwawe bitaro kirehe none kanya bamujyanye kumuvurira bitaro kanombe aracyarimo akuka gake gitifu majyambere avuga asaba abaturage ukutikunda kuko avuga mugabo kuba yishe umugore akagerageza kwiyahura atatekereje mibereho y’ abana babiri yabyaranye n’ umugore yishe abazi mugabo nsanzabagabo n’ umugore musabyemariya beatrice bavuga bashobora kuba bapfuye amakimbirane ashingiye gucana inyuma
13relationship
ibyagufasha igihe utorohewe kubana n’uwo mwashakanye
hari mwashakanye umuntu utoroshye kubana akaba agoranye buryo bwose abenshi batekereza gutandukana bikabayobera ariko kugumana nabyo bikaba agahind agusa buryo hari n’abahitamo kwiyahura n’ibindi bibi uko byagenda kose warahisemo kubana n’uwo mwashakanye nubwo ubona bikugoye kari ukeneye gukora byatuma udaheranwa n’agahinda ukiyitaho ndetse bikaba byanagufasha kugarura murongo mwashakanye buryo bworoshye dore wakora byagufasha nkuko tubikesha agasaro magazine gira ukora wenyine bikunezeza nubwo atariko wabitekerezaga wagira ibihe by’umunezero utari kumwe n’uwo mwashakanye ariko none guhora gahinda kandi atateguye musangira ibyinshimo nabyo sibyo gusa wirinda ikintu kimusuzuguza kumuca inyumaibyo wakora byaguha ibyishimo nko gukora siporo matsinda gutembera ukagira umwanya gusabana n’inshuti guhaha n’ibindi bintu wumva ukunda byajya bukunezeza bibaye byiza wajya ubyumvikanaho n’uwo mwashakanye ugakora akunda bitamutera ikibazo mukunde umwiteho biruseho ntugacike intege wategereje agukunda nkuko umukunda ugaheba komeza kumugaragariza urukundo nubwo bitakoroheye mwiteho umugurire impano umusabe musohokana kandi wiyiteho kurushaho jya umutungura umutegure neza mbere gutera akabariro ahanini abashakanye bahuza urugwiro gikorwa gutera akababiro bibafasha kugarura murongo ibitagenda muganirize biruseho jya umuganiriza birisuheho umubaze amakuru y inzira y’ibiganiro niyo yonyine yabafasha kugarura umubano mwiza rugo rwanyu nta gihe kimwe abashkanye barareka ibiganiro urugo rwabo rumererwe neza iga guca bugufi kuvuga utekereza buryo bucishije make ita byiza bye kurusha ibibi muri kamere muntu biragoye kwita byiza by’umuntu ubona ibibi bye byinshi ariko kuko wowe uzi ushaka bigerageza bizagufasha ese mwashakanye umubanaho amafuti gus anta byiza bye uzi kora urutonde rw’ibintu byiza uzi igihe cyose umutekerejeho ukore umwitozo kubitekerezaho kurusha ibibi yagukoreye ibyo bizagufasha kongera kumusubiza isura y’abantu gihe usigaye umubona nk’igisimba muntu nubwo ubona bitakoroheye kubana n’uwo mwashakanye ukaba wumva kubana biritwa gupfa haracyari igaruriro ibi tubonye byagufasha gusubiza ibitekerezo murongo ubwawe ukongera kwishima ukabona ugarura mwashakanye murongo
2economy
rubavu abasora biyemeje guhwitura bagenzi baseta ibirenge kwishyura umusoro
ubu ubutumwa rra imaze iminsi itanga yahuye n’abasora turere tugize intara y’iburengerazuba byiciro by’ikoranabuhanga amahoteli utubari restaurants ni gikorwa cyiswe rra tax compliance improvement plan - cyahereye karere rusizi tariki gashyantare gikomereza i karongi gisoreza karere rubavu kuri kane tariki gashayantare nibwo abasora byiciro by’imirimo bigaragara nk’ibigifite intege nke kunoza neza uburyo bw’imisorere bahuye n’abahagarariye rra biganiro nyunguranabitekerezo karere rubavu abitabiriye bageraga baje baturutse turere twa nyabihu ngororero rubavu abasora ahanini bitabira ibiganiro usanga bumva neza akamaro k’imisoro iterambere ry’igihugu ariko hakaba bamwe cyiciro kimwe cy’imikorere bacyibera bikorwa by’akajagari cyangwa n’abagaragara bakora bakaba bakoresha amayeri atuma umusoro bakwiye gutanga bawukwepa umukozi rra sam kabera watanze ikiganiro yibukije abasora bakoze ibinyuranije n’ibyo itegeko rigema imisoro bagwa bihano avuga ikigo cy’imisoro kiba kitagambiriye guhana ati abasora baramutse bitwararitse bagatanga umusoro nyawo kandi bakawutangira igihe ntabwo bagirwaho n’ibihano aba basora basabwe kunoza ibirimo kwandikisha ibikorwa bakora buyobozi bw’imisoro bagikorera kajagari ikindi basabwe kwitaho ugukora imenyekanisha rinoze bagaragaza ubucuruzi bakora bwagenze gukoresha uburyo bugezweho bw’ikoranabuhanga gusora ndetse n’ubufasha gutanga inyemezabuguzi yemewe ebm ikindi bibukijwe gihe abakozi hoteli utubari restaurants bagaburirwa kazi ikiguzi cy’ibyo bahawe kitagomba kurenga cy’ibyacurujwe restaurant basabwe kandi kujya batangira umusoro bihembopaye abakozi bakoresha urwego rw’abakora ibikorwa kwakira ababagana rurimo hotel utubari restaurents wongeyeho urw’ikoranabuhanga zimwe zagaragayemo abasora bagikwepa cyane imisoro myaka itatu ishize ariyo mpamvu rra yiyemeje kujya ihura n’iki cyiciro kugira habeho gufatira hamwe ingamba zituma abagiseta ibirenge bazamura urugero rw’imyumvire bariho gutanga umusoro abari byiciro bahuriye karere karongi kuwa gatatu tariki gashyantare gihe abasaga turere twa rusizi nyamasheke bahuriye i rusizi itariki gashyantare aba basora biyemeje gusenyera umugozi umwe bufatanye rra bayigezaho amakuru bagenzi bitwara nabi badatanga umusoro bafatanye kubaka igihugu ahanini bagaragazaga impungenge kumenyekanisha ikiguzi cyagiye biribwa akenshi bakura baturage kandi batanditse buyobozi rra yabasabye bajya bahahira baturage bishyize hamwe bakaba banafite tin nk’uko byemeranijweho n’ishyirahamwe amahoteli restaurants bibarizwamo
2economy
abakina umukino nag bavuga ubahombya ariko kuwureka bikaba ikibazo
froduard minani umwe rubyiruko twasanze bakinira mukino i muhanga tariki yagize hantu nk’uburozi pe nguka gake gashoboka ariko wungutse rimwe uhita wibagirwa wigeze guhomba ushobora gukina ugatombora ibihumbi ijana ugakurikirana miliyoni ugashiduka bayakuriye nibyo ijana ugashiduka wabibuze jye banyirukanye kazi kubera mukino undi utashatse kwivuga izina yagize nk’ubu ubajije umuntu mutuelle hano ntayo yakwereka ibi nintu uburozi amafaranga ubonye uhita uyahazana kandi kuhava nabyo bikaba ikibazo nubwo mukino ukinwa mugaragaro kandi ukaba unakoresha imashini kabuhariwe ntibibuza bamwe bawukina n’abawubona kuwugereranya n’urusimbi bamwe babyeyi batuye mujyi muhanga bavuga batishimira busa mukino kuko ubarumbiriza abana uwitwa munderere john avuga mukino ubarangariza abana buryo akeka hari abasiba ishuri bakigira gukina uyu mukino ukinwa hakoreshejwe amafaranga umuntu ashyira amafaranga uhereye giceri cy’ijana akayakinisha akoresheje imashini ukunguka cyangwa agahomba gihe amahirwe atamusekeye nk’uko abawukina babivuga akenshi nzu irimo imashini zikinirwaho mukino haba huzuyemo abantu benshi abari gukina abaje kwigeragereza amahirwe ndetse n’abahombye bashaka kongera kubona amahirwe bakagaruza bakinnye cyangwa bashoye benshi nzu urubyiruko bigaragara rukiri kigero cy’abato benshi usanga ababa bafite imirimo iciriritse mujyi cyane cyane ubukarani n’abandi bafite ubucuruzi buciriritse nubwo bivugwa munyeshuri wemerewe kuhagera hari ubabonamo ucuruza tombora akaba uwuhagarariye i muhanga avuga mukino wabo wemewe n’ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere rdb kandi ugamije guteza imbere urubyiruko kuko kampani inaha inkunga minisiteri ishinzwe urubyiruko avuga kuba byemewe guverinoma y’u rwanda bihagije kuba atari urusimbi kuko guverinoma y’u rwanda itemera urusimbi gerard gitoli mbabazi
4entertainment
abanyarwanda batatu begukanye ibihembo pam awards
buri mwaka ibihembo bihembo bihabwa abaririmbyi uganda n’ibindi bihugu afurika y’iburasirazuba hakurikijwe ibyiciro baririmbamo muri rushanywa hahangana abaririmbyi baturuka gihugu kimwe kandi kiciro kimwe u rwanda rwahagarariwe n’ibyiciro bitatu ikiciro cy’umuririmbyi w’umugabo wigaragaje cyane ikiciro group cyangwa itsinda ry’abaririmbyi bigaragaje cyane ndetse n’ikiciro cy’umuririmbyi w’umukobwa wigaragaje cyane mu kiciro cy’umuririmbyi w’umugabo wigaragaje cyane rwanda abaririmbyi bane nibo bahanganye alpha rwirangira tom close rafiki kitoko igihembo cyegukanywe alpha rwirangira mu kiciro group cyangwa se itsinda ry’abaririmbyi bigaragaje cyane rwanda group enye nizo zari zihanganye the brothers just family dream boys urban boys dream boys niyo yatwaye igihembo mu kiciro cy’umuririmbyi w’umukobwa wigaragaje cyane rwanda hari hahanganye abakobwa bane aribo aline gahongayire liza kamikazi miss jojo miss chanelle igihembo cyaje gutwarwa miss jojo muri uganda abaririmbyi barimo radio weasel navio jose chameleone maurice kirya iryn namubiru bebe cool babonye ibihembo bitandukanye kidumu yabonye igihembo cy’umuririmbyi w’umugabo wigaragaje cyane burundi umuririmbyi jaguar kenya waririmbye indirimbo kigeugeu yatwaye igihembo cy’umuririmbyi w’umugabo wigaragaje kenya naho umuririmbyi ay tanzaniya atwara igihembo cy’umuririmbyi w’umugabo wigaragaje tanzaniya ibihembo bizwi izina pam awards biba buri mwaka uganda byatangiye mwaka gihe hahembwaga abaririmbyi uganda gusa guhera mwaka nibwo batangiye guhemba n’abandi baririmbyi baturuka bihugu afurika y’iburasirazuba abatwara ibihembo batorwa hifashishijwe itsinda ry’inzobere muzika ndetse kubara amajwi y’abantu batoye bifashishije interineti ndetse n’ubutumwa bugufi sms norbert niyizurugero
2economy
beak igiye kwiga mabuye acukurwa rwanda
ubwo bushakashatsi burimo gukorwa n’ikigo bugade beak consultants gmbh beak mabuye tungsten niobium lithium zahabu gold hamwe hatoranyijwe hazitabwaho gukorera inyigo harimo musebeya muhanga ntara y’amajyepfo hamwe karere nyagatare kirehe ntara y’iburasirazuba hazitabwa butaka bumwe bumwe bw’ingirakamaro budakunze kuboneka hamwe n’intosho z’amabuye nyuma y’iyi nyigo kandi bishobora kuzakuraho amazimwe avuga u rwanda rucuruza amabuye avuye repubulika iaharanira demokaraiz congo bizakorwa n’ikigo cyigizwe n’impugucye z’abadage hamwe n’abandi gihugu afurka y’epfo cyane amabuye menshi afurika ajya gutunganyirizwa afurika y’epfo n’iburayi iki gikorwa gikuriwe minisiteri ifite umutungo kamere nshingano zayo ifatanyije n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro sylidio sebuharara
2economy
ibiribwa bitumizwa karere biri bituma ifaranga ry’u rwanda rikomeza guta agaciro
mu kiganiro n’abanyamakuru kabiri nyuma kugeza raporo y’ingengo y’imari yakoreshejwe umwaka ushize imbere y’inama y’abaminisitiri john rwangombwa yavuze ibituruka hanze bikomeza gutuma ibintu rwanda bizamba asubiza ikibazo abajijwe bantu benshi bakomeza kwibaza uburyo litiro lisansi hagabanutseho amafaranga ariko ibiciro bigakomeza kuzamuka yasubije n’ubwo lisansi yagabanyutse ariko ifaranga ryo ritigeze rireka guta agaciro ati ibiribwa bitumizwa hanze nko kenya bigira uruhare izamuka ry’ibiciro guta agaciro kw’ifaranga ryacu kuko nabyo biba byaguzwe mafaranga atagifite agaciro yagaragaje ingero z’uburyo u rwanda rufite ifaranga rikigerageza kugira agaciro karere n’ubwo umwaka ushize guta agaciro ifaranga ry’u rwanda byari uku kwezi bikaba bigeze nyuma y’u rwanda kenya nicyo gihugu kigerageza aka karere kuko ifaranga ryacyo ryataye agaciro kugeza hejuru muri kiganiro kizajya kibaho buri gihe minisitiri w’imari amaze gushyikiriza raporo inama y’abaminisitiri rwangombwa yasobanuye u rwanda rwabonye amafaranga angana miliyari ugereranyije miliyari rwabonye mwaka kuba mafaranga yariyongeryeho byaturutse bikorerwa imbere gihugu byatanze amafaranga y’u rwanda miliyari zingana y’inyungu miliyari z’ayaturutse hanze zingana by’inyungu emmanuel hitimana
0politics
john arrow bockarie yishimiye abanyasiyeraleone bafungiye i mpanga babayeho
john arrow bockarie yasuye mfungwa rwego kwirebera iko zibayeho nyuma y’uko bimwe mubitangazamakuru bitangaje amakuru avuga zifashwe nabi zimwa n’uburenganzira kuvurwa yatangaje yasanze infungwa zifashwe neza zigishwa amasomo ishuri n’indi mibanire myiza n’abandi ikindi bagenerwa amafaranga gukoresha buri kwezi bakenera agera madorali amerika arimo guhamagara bakeneye john arrow bockarie wasuye gereza arikumwe komiseri wungirije gereza mary gahonzire akaba yashoboye kuganira n’abagororwa bamubwira babayeho yashimye uburyo bafashwe gereza mpanga birimo guhabwa n’amasomo atandukanye arimo gusoma kwiga mudasobwa n’ibindi bituma bashobora kongera ubumenyi kubwo basanganywe komiseri wungirije w’amagereza mary gahonzire avuga gereza mpanga ifite ivuriro kandi abagororwa bafite uburwayi bukomeye bajyanwa bitaro nyanza n’umwami faisal abagororwa b’abanyasierra leone bafungiye gereza mpanga bafite igihano kinini kiri hejuru y’imyaka bahoze mutwe w’inyeshyamba ruf wayoborwaga n’uwitwa fode sanko sylidio sebuharara
0politics
gatsibo batangiye icyunamo baharanira ubumwe
intwaro yakoreshejwe kugira jenoside igerweho ugucikamo abanyarwanda ibice nk’uko byasobanuwe n’ umunyamabanga nshingwbaikorwa w’akagari kabarore rigati gaspard yagize icyo dukwiye gukora uguharanira ubumwe nk’uko leta yacu ibidushishikariza tukirinda ibidukandukanya ahubwo tugahuriza umugozi umwe dufasha abafite intege nke tukagera iterambere mu kagari kabarore umurenge kabarore abaturage baganiriye uburyo mbere y’umwaduko w’abazungu abanyarwanda babanye neza bagarutse kandi buryo abazungu batangiye kuzana ivangura ishuri kugeza nubwo batangiye kwandika ubwoko marangamuntu kimwe ntwaro zakoresheshe kubiba itandukaniro ry’abanyarwanda uretse kuganiro ibiganiro by’amateka yaranze u rwanda abaturage karere gatsibo bafashe umwanya gutekereza bazakorera abacitse icumu jenoside biyemeje buri mudugudu ugomba kugira utegura kizagenerwa abacitse icumu batishoboye abaturage bamaganye bamwe bagaragaye bapfobya igikorwa kugenera inkunga kubacise icumu batishoboye bavuga ivangura bagombye gufasha abatishoboye abaturage bavuga ntacyo bakora bashobore guhoza uwabuze abantu nubwo batanga inkunga ukumufata mugongo atari ivangura kuko gahunda leta zafasaha abantu biciye budehe abaturage bemeranyijwe bagomba kujya bahura buri saa munani kugira go bagire ibiganiro kandi basabwa kwirinda kwamagana ingengabitekerezo jenoside kuko abaharanira ubumwe batagomba kugira ikibatandukanya ku rwego rw’akarere gatsibo igikorwa gutangiza icyunamo cyatangiriye murenge muhura mudugudu taba ariko abaturage siho bagiye kuko bamwe midugudu bagiye bagira ibiganiro bisesengura icyateye jenoside bibukiranya amateka sylidio sebuharara
2economy
muri kbs banza uvunjishe cyangwa usigare
ku bishyura amafaranga ntoki itike kbs igura amafaranga buryo umugenzi udafite amafaranga avunje bamusaba gushaka avunje yayabura agasohoka modoka cyangwa se akemera bakamutwara batamugaruriye ibi birakaza abagenzi cyane buryo usanga baterana amagambo shoferi dore wakira amafaranga umugenzi w’umunyamahirwe asanze shoferi afite ibiceri aramugarurira yaba atabifite nyine akisubirira hanze murongo agategereza izindi taxi zitaza kumugora iyo ubajije shoferi akubwira atari amakosa kuko yabuze ibiceri ariko wareba ruhande rw’umugenzi ugasanga bibabaje kubona umuntu abura agenda atari yabuze amafaranga y’urugendo nubwo kibazo kitari ma taxi ikibazo kitoroheye abagenzi cyane cyane benshi bakunda gutega iza kbs kubera nini kandi zigatwara n’abantu benshi kugira ikibazo gikemuke kbs yagombye kujya ishaka ibiceri bihagije hakiri kare abagenzi nabo babishoboye bakazirikana bijya bibagora bakabika ibiceri baza gutegesha mugoroba ikindi gishobora kuba umuti w’iki kibazo service kbs ikoresha amakarita ariho iminsi runaka kugeza kwezi abayafite usanga biyinjirira nk’abajya iwabo basabwa ugukoza ikarita ahabigenewe ubundi bagahabwa uburenganzira kwinjira ntacyo bavuganye shoferi kbs masosiyete yigenga atwara abantu mujyi kigali yatangiye kugeza rwanda hari amasosiye yigenga atwara abantu arenga harimo azenguruka mujyi kigali n’akora ingendo hirya hino gihugu hanze yacyo marcelin gasana
10religion
mahirwe uririmba korali shalom yasohoye indirimbo asifiwe sana yubakiye buzima yanyuzemo
mahirwe yamenyekanye cyane korali shalom kubera ijwi rye rifite umwihariko ryumvikana ndirimbo zayo zitandukanye atera mu ntangiriro nibwo yinjiye muziki nk’umuhanzi wigenga yatangiriye ndirimbo yise ikorera igihe’’ icyomoro mbere gusohora usifiwe sana rurimi rw’igiswahili usifiwe sana igizwe n’iminota n’amasegonda yasohokanye n’amashusho yayo irimo ubutumwa mahirwe agaragaza imana idakoza isoni abayiringira mahirwe yahisemo kuyiririmba lumba injyana ikoreshwa cyane repubulika iharanira demokarasi congo igihugu yabayemo uyu muhanzikazi yabwiye igihe indirimbo nsha yubakiye yanyuzemo akanahitamo kuririmba ashima uwiteka ati indirimbo ifite ubutumwa bushimangira imana yagendanye nanjye naritegereje nsanga imana yakoze ikwiriye ishimwe kuko ntiyigeze inkoza isoni’’ yakomeje nararebye mbona imana ikwiye gushimwa kuko hari twageze tubaho buzima bukakaye ariko imana ntiyadutereranye’’ mahirwe yavuze intego y’iyi ndirimbo ukubwira abantu kinanira imana kandi isohoza gihe cyagenwe yagize ni ukubumvisha imana ishobora byose kandi ariyo mugenga byose nimba uwiteka ruhande rwacu muntu n’umwe uzaduhangara’’ indirimbo usifiwe sana mahirwe buryo bw’amajwi yakozwe producer arnaud gihe amashusho yatunganyijwe producer eliel sando mahirwe yatangiye kugaragaza impano kuririmba abarizwa ishuri ryo cyumweru repubulika iharanira demokarasi congo i goma yarerewe kuva muhanzikazi yanyuze korali zirimo elayono tumaini integuza siyoni adepr rubavu
1sport
ndamukunda flavien mutesi leon begukanye igikombe beach volley
aya marushanwa y’umunsi umwe yateguwe beach volley ball friends forum yitabiriwe n’amakipe icumi higanjemo amakipe karere karongi muri kimwe kabiri ikipe flavien mutesi yatsinze ikipe girimbabazi hakizimana amaseti - mukino umwe wundi mukino ikipe marechal jean luc itsinda iya nkuranga mugabo amaseti - mu mukino nyuma ikipe flavien mutesi yatsinze ikipe marechal jean luc amaseti -seti mbere yarangiye - iya kabiri irangira - ikipe mbere flavien mutesi yahembwe amafaranga ibihumbi n’igikombe ikipe kabiri marechal jean luc ihembwa ibihumbi iya gatatu igizwe nkuranga mugabo yabonye amafaranga ibihumbi iya kane igizwe girimbabazi hakizimana ibona ibihumbi aya marushanwa buri mwaka agatambutswamo ubutumwa kurwanya sida insanganyamatsiko y’uyu mwaka rubyiruko dufatanye twirinde kandi turinde abandi virusi itera sida twubake ajo hazaza jacques furaha
2economy
rusizi gusenya isoko irindi ritaraboneka byarabadindije
isoko rinini ry’umujyi kamembe karere rusizi ryashenywe mpera z’ukwezi munani hagamijwe kubaka irya kijyambere kuva gihe abaricururizagamo baratatanye bituma havuka udusoko twinshi dutandukanye celestin nteziyaremye umwe bacururizaga iryo soko avuga abaguzi bibagora kumenya abacuruzi bimukiye bigatuma bakira abakiriya bake nteziyaremye agira abakiriya ntibamenya badushakira buryo wicara umwanya munini mukiriya ubona twinjiza amafaranga make ugereranyije nayo twagombye kwinjiza undi mucuruzi sebakungu jean paul avuga umuti w’icyo kibazo ukwihutisha imirimo kubaka isoko sebakungu avuga abona imirimo kubaka isoko yaradindiye abisobanura magambo isoko tubona ryaradindiye kubakwa kandi turimo guhomba pe igihe barituvanagamo batubwiraga nyuma y’amezi atandatu rizaba ryuzuye ariko hashize amezi ane icyakozwe gusa ugukikiza ibiti rizubakwa bigaragara mezi atandatu ritaba ryarangiye ubuyobozi bw’akarere buvuga hatinze gato kubona ibyangombwa kubaka iryo soko kuko byabonetse kwezi k’ugushyingo nsabayezu jean luc ushinzwe ubucuruzi n’amakoperative karere rusizi yagize icyatumye isoko ridahita ryubakwa ugushaka icyangombwa kubaka ibyo abacuruzi bavuga isoko rigomba kuba ryarangiye mezi atandatu uhereye igihe baviriye kera si ntabwo ariko babwiwe kuko atari biri nyigo y’iri soko uretse isoko kijyambere biteganijwe kubakwa mujyi kamembe hazubakwa n’inzu y’ubucuruzi nini iyi nzu izaba hagati y’ibice bibiri bigize ikibanza cy’isoko rikuru ry’akarere rusizi iri soko niryo abacuruzi baciriritse bibonamo nk’isoko rubanda kurusha inzu y’ubucuruzi y’abashoramari mu mijyi y’uturere rwanda hari kugenda hubakwa amasoko agezweho akenshi masoko yubakwa ahantu haba hasanzwe hari isoko bikaba nko kurivugurura mu gihe kubaka masoko agezweho abacuruzi basabwa kuba bashatse ahandi bacururiza gihe isoko riba ritararangiza kubakwa jean baptiste micomyiza
0politics
muhanga basanze umugabo amanitse mugozi binjiye basanga n’ umugore yapfuye
umugabo sixbert utari ufitanye n’ umugore amakimbirane azwi bamusanze amanitse mugozi binjiye nzu basanga umugore uwamariya yishwe atemaguwe umugabo sixbert utari ufitanye n’ umugore amakimbirane azwi bamusanze amanitse mugozi binjiye nzu basanga umugore uwamariya yishwe atemaguwe birakekwa mugabo ariwe wategamuye umugore aramwica arangiye yimanika mugozi gusa umukozi uru rugo irakiza anita avuga nyakwigendera makimbirane bafitanye azi byabereye mudugudu nyarucyamo akagari gahogo murenge nyamabuye bimenyekana gitondo mutarama saa kumi n’ ebyiri mugitondo inzego z’ ubuyobozi rib polisi bakimara kumenya makuru bagiye cyaha yabereye batangira iperereza umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge nyamabuye rurangwa laurent yagize twasanze yimanitse arangije kwica mugore rurangwa laurent yasabye abaturage kwirinda amakimbirane kwegerera ubuyobozi bukabafasha kuyakemura igihe kuyikemurira byananiranye uwamariya marie josee afite imyaka sixbert afite imyaka imirambo yajyanywe bitaro kabgayi kugira ikorerwe isuzuma
3health
u rwanda rwafunze imipaka yarwo congo kubera ebola
abatuye umujyi rubavu basanzwe bakoresha imipaka y’u rwanda repubulika iharanira demokarasi congo kanama basanze mupaka hari amabwiriza avuga wemerewe kwambuka ndetse n’abanyekongo batemerewe kwambuka baze rwanda abatuye umujyi rubavu basanzwe bakoresha imipaka y’u rwanda repubulika iharanira demokarasi congo kanama basanze mupaka hari amabwiriza avuga wemerewe kwambuka ndetse n’abanyekongo batemerewe kwambuka baze rwanda ni nyuma y’ kabiri w’ cyumweru mujyi goma hagaragaye umurwayi kabiri ebola ikamuhitana bukeye bwaho gatatu mu mujyi goma gitondo kuwa nyakanga ingendo z’ amato ajya bukavu zari zahagaritswe kubera gushaka abahuye n’ murwayi ebola nyuma yuko bimenyekanye hari umugore wahuye n’ umurwayi washakaga kujya bukavu ubuyobozi bw’ urwego rushinzwe abinjira n abasohoka mujyi goma bakajije ibikorwa byambu n’ ikibuga indege goma muri repubulika demukarasi kongo ebola imaze guhitana abantu bagera bayanduye mu gitondo kanama saa kumi n’ ebyiri gitondo umwe bayobozi b’ intara y’ iburengerazuba yabwiye abaturage bashakaga kwambuka imipaka ikora goma yabaye ifunzwe rwego kwirinda ebola kongo
4entertainment
mico the best agiye kugirana ikiganiro n’umuyobozi ushinzwe kurwanya igituntu oms
ibi biganiro bije nyuma y’aho mico the best mutarama yatangaje mugaragaro yinjiye bukangurambaga kurwanya indwara y’igituntu ikiganiro mico the best azagirana dr lucica ditiu ushinzwe kurwanya igituntu oms kizaba kigamije kurebera hamwe igituntu cyifashe bihe covid- mico azagirana ibiganiro n’uyu muyobozi nk’uwafashe iya mbere kurwanya igituntu rwanda wanamaze kwemerwa rwego rw’igihugu ibi biganiro bitegerejwe kamena saa kumi z’umugoroba rwanda busuwisi bikazanyuzwa rukuta facebook stop tb ibi biganiro bije nyuma yuko mico the best asubitse ibikorwa yateganyije kurwanya igituntu binyuze bitaramo yagombaga gukora bizenguruka igihugu mico the best yahagaritse bitaramo nyuma yuko icyorezo covid- cyari kimaze kugera rwanda ndetse hatangiye gukazwa ingamba kucyirinda uhujimfura claude umwe bayobozi kikac music ihagarariye inyungu mico the best yavuze nyuma y’uko cyorezo kizaba kigenjeje make bazasubukura bitaramo guhangana n’igituntu
2economy
ibikorwa kwagura guhanga imihanda chogm birarimbanyije
umujyi kigali uratangaza imirimo kubaka imihanda burebure km yitezweho kugabanya umubyigano w’imodoka gihe u rwanda ruzaba rwakira inama y’ibihugu bihuriye rurimi rw’icyongereza chogm mezi atanu imbereigeze iyi mirimo yatangiye kwakira ikaba iteganyijwe gusozwa mata mwaka umuyobozi wungirije w’umujyi kigali ushinzwe ibikorwaremezo n’imyubakire nsabimana ernest agaragaza zimwe mpamvu nyamukuru z’iyubukawa ry’iyi mihanda yagize ibyo bibazo by’umuvundo w’imodoka bituma abantu bicara bakareba ese turakora iyihe mihanda kugira gihe cy’inama zikomeye ziriya traffic jam tuzigabanye zitazongera guteza ibibazo kuko nubwo igihugu kiba cyakira inama nkaziriya nkuru nkuru n’ubundi abantu bakomeza kujya kazi ubuzima mujyi kigali burakomeza umuhanda uva i nyabisindu ukagera i nyarutarama n’undi uva kabeza ukagera alpha palace mishya ifite ibirometero igiye kubakwa abatwara ibinyabiziga bavuga mihanda izagabanya buryo bugaragara umubyigano w’imodoka mukurarinda claude utwara imodoka yagize uyu muhanda uzaba ufasha cyane kuko mwanya guhera embouteilage kicukiro byagendaga gutyo twacaga sonatubes ariko tugiye kugira umuhanda kabiri ariko embouteillage iva muhanda kibuga ikibuga cy’indege mpuzamahanga igiye kugabanuka umujyi kigali uvuga hakiri imbogamizi iyubakwa ry’ mihanda harimo ikibazo cy’ibiza kwishyura abaturage nsabimana yagize iriya mvura nyinshi yaguye urabizi yateje ibibazo byinshi gihugu umujyi kigali ntiwasigaye detse n’ibikorwaremezo hari inzu cyangwa abantu batuye ahantu bikorwa biba biri imihanda igomba kwagurirwa hari nk’aho ugera ugasanga umuntu ibyangombwa bye ntibyuzuye cyangwa ugasanga nyiraho ntari gihugu agomba kohereza ibyangombwa cyangwa procuration cyangwa ugasanga abantu bafitanye ibibazo mitungo ku bijyanye n’ikibazo kwishyura baturage bamwe bagaragaza kunyurwa abandi ntibahisha impungenge zabo rutagengwa adolphe yagize hano habagamo abapangayi ejobundi batubwira tugomba gusenya bitarenze iminsi dutegereza amafaranga yacu ajya konti twarayabonye amafaranga arahari kandi twe twaranyuzwe gaciro k’ibyo babaze n’ubwo hari bibagiwe kubarisha undi muturage yagize hari abapimye mbere bakoresha umweru hongera haza abandi kuno kwezi kurimo kurangira haza abandi bakoresheje ubururu ho abajemo hagati nabonye abashinwa bakavuga bazafata metero haruguru hasi sentimetero ntabwo abasenya bakurikiza ibipimo mbere kubaka mihanda ireshya km umujyi kigaki uvuga bizatwara ingengo y’imari ingana miliyari zirenga z’amafaranga y’u rwanda chief editor muhaburarw
4entertainment
jean paul samputu nama mpuzamahanga i beirut
iyo nama ikaba ifite intego kwereka isi rusange ntawe ukwiye guheranwa n’amateka ahubwo mateka akwiye kumusigira isomo samputu yarayitumiwemo nk’intumwa y’amahoro y’umuryango w’abibumbye akaba yaratanze ikiganiro nk’umunyarwanda wababariye abamugiriye nabi aha akaba yaranerekanye abanyarwanda bageze kubabarirana usibye kuba yaratanze ikiganiro nama anaririmba zimwe ndirimbo ze zivuga bumwe n’ubwiyunge nk’uko bigaragara rubuga interineti wwwhealingwoundsofhistoryorg abari nama baganira nsanganyamatsiko igira iti healing the wounds of history addressing the roots of violence ugenekereje kinyarwanda nko kuvuga gukiza ibikomere by’amateka ugaragaza invano y’akarengane umuhanzi jean paul samputu niwe nyafurika wenyine nama ikindi usibye kuba aririmba indirimbo zitandukanye zahawe ibihembo azwiho kuba yarazengurutse isi nk’intumwa y’umuco nyarwanda aho ndirimbo ze zishingiye njyana gakondo y’umuco nyarwanda atanga ubutumwa bw’amahoro n’ubwiyunge iyo nama yitabiriye ikaba yaratangiye gatanu tariki ikazarangira cyumweru tariki norbert niyizurugero
0politics
urukiko rukuru rwanze icyifuzo ingabire n’abamwunganira
abunganira ingabire bagaragaje inzitizi zivuga urukiko rukuru bubasha rufite kumuburanisha ndetse adakwiye gukurikiranwaho ibyaha byakorewe hanze y’u rwanda ndetse hari n’ibyaha atamenyeshejwe gihe yabazwaga bugenzacyaha bushinjacyaha urukiko rwemeje rufite ububasha gukurikirana umunyarwanda wese wakoreye icyaha hanze y’igihugu gihanwa n’igihugu yagikoreyemo gusa umucamanza yongeyeho ubushinjacyaha bwagaragaje inenge butamenyeshaga ingabire ingingo zihana ibyaha bimwe akurikiranyweho ariko bitabuza urubanza gukomeza ahubwo agomba gutangira kwisobanura ingabire ndetse n’abamwunganira ntibigeze bagaragaza izindi mpungenge kuko batigeze bajuririra cyemezo ingabire yisobanura yatangiye agaragariza urukiko n’ yinjiye politiki mwaka yagiye ishyaka rdr aza kurigeza buholandi atuye kugeza yarihagarariye rwego rw’isi akanajya arihagararira nama zitandukanye isi aha ingabire akaba yisobanuye avuga atarangwa n’ingengabitekerezo jenoside kandi atigeze yanga abatutsi kuko hari murumuna watewe inda n’umututsi kandi bakaba barakomeje kubana kibazoakaba yarahakanye ingengabitekerezo atayikura muryango ubushinjacyaha buvuga ise yaguye gereza ashinjwa jenoside nyina akayifungirwa ingabire umuhoza victoire akurikiranyweho ibyaha aribyo ingengabitekerezo jenoside kubiba amacakubiri n’ivangura kurema umutwe witwara gisirikare hagamijwe igitero cy’intambara gukorana n’umutwe w’iterabwoba gukwirakwiza ibihuha bigamije kwangisha rubanda ubutegetsi buriho ndetse guhungabanya umutekano bigamije kugirira nabi ubutegetsi buriho ibyo byose ariko arabihakana uru rubanza ruracyakomeje madamu ingabire umuhoza victoire azakomeza kwisobanura bimenyetso byose ubushinjacyaha bwagaragaje nako hagitegerejwe ibindi bizaturuka buholandi aregwa hamwe lt col nditurende tharcisse lt habiyambere nol maj uwumuremyi vital capt karuta jean marie vianney egide kayiranga
7tourism
kayonza imbogo zatorotse parike y’akagera zibura zisubiramo
izo mbogo zishobora kuba zaratorotse parike nyuma zikabura zinjirira kubera imirimo kubaka uruzitiro rw’iyo parike nk’uko bisobanurwa n’abaturage murekezi claude uyobora umurenge murundi abisobanura magambo hari igice kinini parike kimaze kuzitirwa birashoboka zashatse gusubira parike zikabura zinjirira kubera urwo ruzitiro izo mbogo zangiza imyaka y’abaturage ndetse zikanabatezamo umutekano mucye kuko bigeze masaha saa kumi n’ebyiri z’umugoroba abaturage bifungirana mazu kuko umuntu mbogo zihuye zimukomeretsa cyangwa zikamwica mu murenge mwili imbogo zatorotse parike zikunda kwibera gishanga kageyo murenge kageyo uretse kuba zarakunze konona ibigori byari bihinze gishanga bihembwe by’ihinga bishize mbogo tariki zakomerekeje umuturage akaba kuvurirwa bitaro rwinkwavu mu kwezi gatandatu nabwo hari zishep nk’uko bitangazwa munyensanga philbert umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge mwili abaturage barasaba mbogo zasubizwa parike kuko zikomeje kubatezamo umutekano muke biteganyijwe kubaka uruzitiro parike y’akagera bizarangirana n’ukwezi karindwi mwaka urwo ruzitiro ruzaba rureshya n’ibirometero bisaga gato ijana kandi ruzaba rurimo amashanyarazi nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bw’akarere kayonza nyuma kubaka uruzitiro hazabaho igikorwa gushaka inyamaswa zose zatorotse parike zikayisubizwamo mbere y’uko ifungwa nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi pariki y’akagera cyprien m ngendahimana
2economy
imiryango nyabihu yahawe inka kuyifasha kwikura bukene
izo zatanzwe tariki gahunda girinka munyarwanda zitangirwa murenge jenda abahawe baturuka mirenge itatu karere nyabihu bigogwe mukamira jenda masengesho ziripa umwe bahawe inka unafite n’umwana w’imfubyi arera avuga babayeho buzima bubagoye ariko inka babonye izabafasha kuzamura imibereho myiza ibaha ifumbire n’amata veterineri w’akarere nyabihu shingiro eugene yashishikarije abahawe inka kurushaho kuzitaho kuzifata neza buryo bwose bazimenyera zikenera byose zitange umusaruro mwiza yongeyeho nibazitaho nabo bazabona umusaruro wabyo bidatinze kuko bizabazamura mibereho majyambere y’ingo zabo shingiro yabasezeranije azabafasha kwita buzima bwazo hirindwa hari inka yagira ikibazo aricyo cyose gahunda girinka yatangijwe perezida republika y’u rwanda paul kagame mwaka rwego gufasha abanyarwanda kwikura bukene kuzamura imibereho bagana kw’iterambere rirambye ndetse banazamura umusaruro w’ubuhinzi bakoresheje ifumbire bahabwa n’izo bahabwa kugeza benshi banyarwanda b’abakene turere twose tw’igihugu bamaze kugezwaho inka babikesha gahunda girinka safari viateur
1sport
ubu ikibuga stade ubworoherane giteye ’amabengeza’ - amafoto
nyuma y’uko shampiyona y’umupira w’amaguru rwanda ihagaritswe kubera icyorezo coronavirus covid- ikibuga stade ubworoherane kimaze kuba cyiza ndetse ubuyobozi bw’ikipe musanze fc bwemeza bizabafasha kujya bahatsindira amakipe mbere y’uko shampiyona y’uyu mwaka itangira ikibuga stade ubworoherane musanze fc cyari cyarangiritse ndetse hamwe hari ubwatsi bwari bwarashizemo biba ngombwa iba stade zari zabanje guhagarikwa ikibuga kibanza kuvugururwa nyuma gukomorerwa nabwo ubwatsi bwari butaramera neza buryo hari amakipe amwe namwe yinubiraga kugikiniraho ’guma rugo’ yatumye ikibuga cyitabwaho kurushaho mu kiganiro yagiranye rwandamagazinecom tuyishimire placide perezida musanze fc yatangaje shampiyona yahagarikwa hakozwe imirimo myinshi kwita bwatsi buteye kibuga ati kuko ikibuga kitari gukinirwaho cyangwa gikorerweho imyitozo ubwatsi bwarameze bukwira kibuga hose natwe dushyiramo imbaraga kukitaho ngira urabona gisa imikino izagaruka kibazo kimwe ikibuga gifite yunzemo nubwo twashyizemo imbaraga kubaka ikipe kuzana abatoza beza ariko ikibuga cyiza giteye amabengeza gutya nacyo kirafasha kubona amanota atatu cyane cyane ukinira rugo nayo mpamvu twifuza ntakipe izajya idutsindira placide tuyishimire perezida musanze fc placide yakomeje avuga atari ikibuga gusa kwitaho ahubwo gutegura uburyo buhamye buzafasha ikipe kugaruka shampiyona yandi marushanwa ifite imbaraga nyinshi guhatana shampiyona yasubitswe tariki musanze fc ifite amanota iri mwanya umwaka ushize hari ibyatsi byari byarashizemo ubwo cyari kimara kuvugururwa ibyatsi byari bitarafata neza ubu ibyatsi bimaze kumera ndetse abanyamusanze barashaka ntakipe izongera kuhavana amanota kiri kwitabwaho umunsi wundi stade ubworoherane niyo musanze fc yakiriraho imikino yayo photoyounous ingwey
0politics
kayenzi bimwe bikorwa bigenewe abaturage bidindizwa n’inyungu z’abayobozi
bamwe baturage batuye umurenge kayenzi karere kamonyi bavuga hari ibikorwa bagenerwa bikadindira kubera inyungu bamwe bayobozi n’abakozi b’umurenge bagaruka cyane nzu zubakirwa abatishoboye ndetse n’ikiraro cyatwawe n’umuvu kitaratahwa ibi bimwe byagaragaye nyuma y’aho umucungamutungo w’umurenge kayenzi cyiza yves aburiya kazi icyumweru cyose bamwe bakavuga yafatiwe makosa guhimba imikono akiba amafaranga bivugwa yafashe sheki cheque yifashisha kubikuza amafaranga y’umurenge kayenzi akigana imikono y’abasanzwe bemerewe gusinya ubundi ayiha muntu ajya kuyibikuriza karere gakenke ibi byahise bitanga urwaho baturage bongera gutekereza mikorere y’abakozi n’abayobozi bibuka n’indi mishinga yagiye idindira icyo baheraho urutindo rwagombaga guhuza abaturage b’umudugudu ruheka gitwa kagari kirwa rwubatswe kanama rutwara asaga miliyoni eshatu nyamara ukuboza mwaka rwaje gutwarwa n’amazi rutaratahwa aba baturage bahaturiye bavuga rwari rwarasondetswe rwiyemezamirimo bita baringa cyane uwatsindiye isoko atigeze ahagera gihe rwubakwaga amakosa bayashyira buyobozi kontabule kuko yarashyizweho bufatanye admin comptable ikindi bababazwa n’ibiti bikomeye byari bitinze kiraro mbere nyuma bikaza gupakirwa fuso bigatwarwa batazi hamaraga kwemezwa urutindo rugiye kubakwa ubu byari biri hatinze imifuka ibindi bibazo ahanini bigaragara kubakira abatishoboye kwita basigajwe inyuma n’amateka n’ibindi izi gahunda zizahara kuko abagenerwabikorwa bazo basa n’abatabasha kwivugira hari abaturage bavuga bashyizwe rutonde rw’abubakirwa nyamara bageze batarahabwa inzu aba barimo sibogihanga viateur kagari kirwa wagombaga kubakirwa inzu nyamara twamusanze nzu y’icyumba kimwe asembereyemo n’abana batanu ndetse n’amatungo gusa yamaze gutuzwa ahitwa kagari mataba nabwo abaturage bagakomeza kwibaza inzu enye zagombaga kubakwa kirwa zagiye bivugwa amabati kubaka nzu yageze murenge akajya akurwa bubiko buhoro buhoro ikibanza zagombaga kubakwamo cyaguzwe n’umurenge kigurwa amafaranga ibihumbi abaturage bagiye kugisiza harimo sibigihanga n’abandi biteguraga kubakirwamo nyamara kimaze gutungana babwirwa hantu habi hatacyubatswe mu gihe abubakirwa byiciro bitatu abatishiboye abasenyewe n’ibiza ndetse n’abakuwa manegeka bivugwa umuturage umwe ashobora kushyirwa ntonde zirenze rumwe kandi myaka itandukanye ikiba kigamijwe uguhora asabirwa ubufasha hose nyamara amabati n’ibikoresho byagera murenge ntibikoreshwe byagenewe mu kagari cubi havugwaga umuturage wishyuzaga akarere ubukode poste de sante yakoreyemo imyaka irenga ibiri nyuma poste de sante yaje guhagarara uwayikoreragamo asiga ayifunze nyirinzu akomeza gusiragira yishyuza ubukode atahawe ntanasubizwe inzu omar karegeya
4entertainment
tom close inyungu mbere nkura kuririmba ibyishimo by’umutima
muri cyumweru tom close yanditse wall urukuta rubuga facebook abaza abantu batekereza yanditse agira burya koko ntawe ukumenya kurusha wiyizi kandi kwisi ntawe ukora ikintu kimwe adafitemo inyungu niko namwe mubibona leave your comment ibyo byatumye bamwe nshuti ze ndetse n’abafana batanga ibitekerezo ndetse babona n’umwanya kumubaza ibibazo bitandukanye nk’uko bigaragara rubuga rwe facebook baramubajije arabasubiza umwe nshuti ze facebook yabajije tom close akora abikorera inyungu ze bwite yamubajije agira tom nkawe numutima nama wawe ukora byose n’abo ubikorera uba uharanira u’r benefits inyungu zawe tom close yamushubije avuga kubwe aririrmba mbere mbere kubera impano imurimo imutera kubikunda hanyuma akaba abifitemo inyungu kwinezeza hanyuma n’akazi n’amafaranga bikaza nyuma agira inyungu zanjye mubyo nkora byose zishingiye mbere mbere ibyishimo by’umutima hanyuma inyungu zindi kugira inshuti nyinshi akazi n’amafaranga nyamara ariko hari n’abandi bafaba bibaza azahitamo hagati kuba umuririmbyi kuba umuganga dore tom close yiga kaminuza nkuru y’u rwanda yiga ibijyanye n’ubuganga umwe bafana yamubajije kibazo agira none nakwibarizaga nkawe wibona gute mumyaka imbere tom close yaramushubije avuga atahita amusubiza ako kanya kuko agifite mwaka agomba kwiga ngo nawurangiza nibwo azatekereza kucyo agomba gukora kuko aribwo azaba umudogiteri byuzuye bijyanye n’ubuganga ngo ariko azagerageza kubikora byombi yagize nzi nzicara mahuriro yabyo byombi kimwe nzatatira kuko naba nararuhiye ubusa ngize ndeka norbert niyizurugero
2economy
sacco mayange intangarugero karere bugesera
ibi umuyobozi w’akarere akaba yarabitangaje kuwa kabiri tariki ukwakira nyuma gusoza amahugurwa y’abakozi sacco y’umurenge mayange ati sacco z’iyindi mirenge zikwiye kwigira kugira nazo zibashe kwiteza imbere nako ziteza imbere abazigana iyi koperative kubitsa kuguriza y’umurenge mayange niyo abaturage bahanze amaso kuko izabafasha kugira imbere hazaza heza kubafasha kugera majyambere arambye umuyobozi sacco mayange habinshuti aimable atangaza batazategereza imyaka itatu y’ikigo cy’igihugu gishinzwe amakorative rwanda cooperative agency rca bahawe kugira babashe kwiyubaka yagize turasaba abakozi bacu bahabwa amahugurwa nk’aya ahoraho cyane cyane ibijyanye n’ikoranabuhanga kugira babashe gucunga neza umutungo w’abanyamuryango bacu sacco mayange ifite abanyamuryango bagera matsinda bafite ubwizigame bugera mafaranga miliyoni ndetse n’amakonte akora neza umukozi banki nkuru y’igihugu bnr nsabimana gerard yemereye abakozi b’iyo sacco amahugurwa ahoraraho cyane cyane mucungamari n’ushinzwe inguzanyo aya mahugurwa akaba yaramaze iminsi ibiri akaba yarateguwe millennium villages project mvp bufatanye banki nkuru y’igihugu bnr n’ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative rca umurenge sacco watangijwe rwanda mugaragaro kwezi k’ukwakira mwaka gihugu hose kuva koperative kubitsa kugurizanya zitangiye izigera zimaze kubona ibyangombwa banki nkuru y’igihugu bizemerera gutanga inguzanyo nk’uko bisabwa zigomba kuba zifite umutungo miliyoni nibura iyo ugeze turere dutandukanye tw’igihugu usanga abaturage benshi bamaze gusobanukirwa ibijyanye kwizigamira ubushakashatsi bwakozwe minisiteri y’imari n’igenemigambi mwaka bugaragaza gusa by’abanyarwanda aribo bakorana n’ibigo by’imari badakorana nabyo gihe abagera aribo bazigama amafaranga buryo gakondo nk’ibimina n’ibindi egide kayiranga
10religion
ububiligipatient bizimana yakoze igitaramo arishimirwa cyane -amafoto
ku mugoroba gatandatu tariki ukwakira patient bizimana yakoreye igitaramo gikomeye bubiligi arishimirwa cyane mu gitondo kane tariki ukwakira nibwo umuhanzi ndirimbo kuramya guhimbaza imana patient bizimana yerekeje bubiligi yagiye gukorera ibitaramo ndetse akazakorera n’ibindi binyuranye bindi bihugu by’i burayi iki gitaramo cyateguwe eglise assemble des rachets korali sion cyabereye mujyi bruxelles rue birminghan bruxelles patient bizimana yagihuriyemo gaby kamanzi umaze igihe akorera ibitaramo bikomeye gihugu n’abandi bahanzi barimo basirwa mirelle nzinga massamba patient bizimana yaririmbye indirimbo zose ze yamenyekaniyeho harimo ’menye neza’ ’ubwo buntu’ ’amagambo yanjye’ ’iyo neza’ n’izindi uretse ububiligi biteganyijwe patient bizimana azakorera ibindi bitaramo bindi bihugu birimo sude finlande u bufaransa n’ibindi abitabiriye igitaramo bishimiye gufatanya patient bizimana guhimbaza imana gaby kamanzi yaririmbye gitaramo babyinira imana bishimiye igitaramo
2economy
coronavirus abagira ikibazo cy’ibiribwa kigali bashyiriweho umurongo utishyurwa guhamagara
pudence rubingisa mayor w’umujyi kigali muri gihe isi guhangana n’icyorezo coronavirus abatishoboye bashyiriweho umurongo guhamagara gihe babuze kurya ubuyobozi bw’umujyi kigali buramenyesha abaturage gihe twubahiriza amabwiriza ngamba kwirinda icyorezo coronavirus abafite ibibazo kubura ibiribwa bashobora guhamagara umurongo telephone utishyurwa dukomeze amabwiriza kwirinda icyorezo coronavirus
2economy
sosiyete nshya y’ubwishingizi igiye gutangira
iyi sosiyete ivukiye cogear isanzwe ikora ibijyanye n’ubwishingizi butandukanye izaba ikora sosiyete ukwayo ifite umugabane shingiro ungana miliyari y’amafaranga y’u rwanda frw umuyobozi mukuru cogear alain kabeja avuga gahunda gushinga sosiyete nshyashya y’ubwishingizi yigenga igamije gushyira bikorwa basabwe banki nkuru y’igihugu agira tubaye abambere gushyira bikorwa twasabwe bnr yuko tugomba gutandukanya ubwishingizi bw’ubuzima n’ubundi bwishingizi dutanga kabeja ntabwo yavuze neza igihe sosiyete izatangirira ariko yavuze vuba abafatabuguzi cogear baniteguye gukorana n’iyi sosiyete nshya basabye bashyirirwaho agasanduku k’ibitegerezo umurongo telefone utishyurwa ndetse n’ibihembo bafatabuguzi bitwara neza gatoto eugene umwe bafatabuguzi yavuze abafatabuguzi bifuza serivisi zitangwa cogear zagaragara interineti ndetse n’impapuro zuzuzwa zikajya zishyirwa kinyarwanda cyongereza sosiyete y’ubwishingizi cogear yafunguye imiryango mwaka w’ jean noel mugabo
0politics
abanyarwanda batuye canada bibutse abazize jenoside yakorewe abatutsi
igikorwa kwibuka kitabiriwe kandi n’abahagarariye ibihugu byabo canada n’izindi nshuti uyu muhango watangijwe n’urugendo walk to remember rwatangiriye nteko ishingamategeko canada rugera biro by’umujyi ottawa ahabereye imihango kwibuka nyuma y’indirimbo zubahiriza ibihugu byombi hakurikiyeho umunota kwibuka inzirikarengane zishwe jenoside padiri callixte kabalisa wayoboye isengesho yasabiye abahuye n’ibibazo binyuranye harimo abafashwe ngufu asaba imana gukomeza impfubyi n’abapfakazi n’abandi bagize ibibazo bikomeye uhagarariye u rwanda canada edda mukabagwiza perezida w’ishyirahamwe ry’abacitse kw’icumu rizwi kw’izina humura alain ntwali bagaragaje bibuka amateka jenoside yabaye rwanda bagamije gufata ingamba ibyabaye ntibizongere kuba ukundi nk’uko itangazo ambasade y’u rwanda canada ribivuga berekanye umuhango ukorwa ugamije kwibuka ariko abantu bakanatekereza uburyo gufasha abacitse icumu bagarutse nsanganyamatsiko y’uyu mwaka twigire mateka twubaka ejo hazaza bavuga genoside yakorewe abatutsi mateka y’ubu n’ejo hazaza itazibagirana mu muhango kwibuka kandi hatanzwe ibiganiro bibiri l’historique de l’impunit des crimes haineux au rwanda et les signes avant-coureurs du gnocide contre les tutsis cyatanzwe bwana richard nsanzabaganwa les mots qui tuent cyatanzwe prof philippe basabose nsanzabaganwa yerekanye ubwicanyi bwagiye buba ariko ubutegetsi ntibuhane abakoze ibyaha kwica aha yavuze uduce tunyuranye ubwoko bw’abatutsi bwagiye bwicwa yerekanye kwica byagiye bishyigikirwa n’ubutegetsi kurengera abatutsi babaga bibasiwe prof basabose yerekanye amagambo yagiye akoreshwa rwanda yagize uruhare ishyirwa bikorwa ry’ubwicanyi yakoze isesengura ry’ijambo ryavuzwe leon mugesera i kabaya yakanguriye abanyamuryango mrnd abereka umwanzi wabo umututsi n’abahutu mashyaka ataravugaga rumwe mrnd gahunda ziteganijwe zijyanye kwibuka zizagera kwezi gatanu zirimo amasengesho ikiriyo n’ibiganiro bizatangwa taliki mata abanyarwanda n’inshuti zabo bongeye guhura gitambo misa kwibuka cyabereye paruwasi mutagatifu yozefu gatineau quebec
2economy
abadepite barashima imikorere koperative kawa rushashi
iyo koperative yavutse mwaka yashimiwe kuba ifite inzego zubatse neza buryo byubahirije amategeko agenga amakoperative rwanda kandi ikaba yariteje imbere ndetse n’abanyamuryango hon mudidi emmanuel ukuriye komisiyo yagize twagiye ahantu henshi tuhasanga ibibazo ariko hano tuhasanze ibisubizo ibi biduhaye morale dukurikije inzego zubatse mukurikiza amategeko izo ntumwa rubanda zahamagariye abanyamuryango koperative abakundakawa rushashi kugana umurenge-sacco kuko zabafasha kurushaho gutera imbere kandi umutekano w’amafaranga ukaba wizewe ijana ijana abanyamuryango b’iyo koperative bagejeje badepite ikibazo kutagira inzu bwite gukoreramo ariko bakaba barimo gusaba akarere ikibanza kubakamo ibyagezweho koperative koperative abakundakawa rushashi yongereye umusaruro uva toni mwaka zagurishijwe miliyoni none igeze toni zinjije miliyoni zisaga mwaka mu rwego guteza imbere abanyamuryango bayo kongera ifumbire gufumbira ikawa bakagera ikawa y’umwimerere koperative yatanze inka z’inzungu zisaga banyamuryango ihene ndetse n’ingurube nk’uko rucamumakuba jean marie vianney umuyobozi w’inama y’ubutegetsi abitangaza akomeza avuga kubera imikorere myiza iranga koperative koperative yasabye inguzanyo miliyoni mwaka none yarangije kuzishyura inunguka miliyoni yaguze imodoka daihatsu miliyoni kugeza kawa gihe ruganda mu irushanwa kawa abakundakawa rushashi begukanye umwanya gatatu gihugu cyose koperative abakundakawa rushashi ikorera kagari kageyo murenge rushashi igizwe n’abanyamuryango bagera yatangiye mwaka iza guhinduka koperative nshimiyimana leonard
0politics
afurika y’epfo yagennye ambasaderi mushya wayo rwanda
mu ukuboza nibwo uwari ambasaderi afurika y’epfo rwanda george nkosinati twala yahamagajwe i pretoria nyuma y’uko manda yararangiye icyo gihe hari hashize iminsi hari umwuka mubi wakuruwe n’ibitutsi bivugwa byatutswe uwari minisitiri w’ububanyi n’amahanga afurika y’epfo lindiwe sisulu biturutse rwanda umunyamabana leta ushinzwe umuryango afurika y’iburasirazuba olivier nduhungirehe yabwiye the east african afurika y’epfo yamaze kuboherereza amazina ambasaderi mushya gusa yirinda kumutangaza kuko u rwanda atari rugena itariki nyayo azagerera i kigali ibihugu byombi byamaze kwemeranya ambasaderi mushya gusa kimwe kiremera gutangaza ikinyamakuru the east african cyatangaje gifite amakuru yizewe y’uko mandisi mpahlwa w’imyaka wagizwe ambasaderi mushya afurika y’epfo rwanda cyavuze yemejwe ukwakira umwaka ushize isaha n’isaha akaba yagera i kigali agatangira imirimo mpahlwa asanzwe ambasaderi afurika y’epfo mozambique manda gihugu irarangira mwaka yigeze kuba minisitiri w’ubucuruzi anakora yindi myanya guverinoma afurika y’epfo guhera nduhungirehe yavuze umubano w’u rwanda afurika y’epfo umeze neza ndetse n’ibibazo bihari kubikemura yagize umubano wacu afurika y’epfo mwiza twagize ibibazo minsi yashize ariko turi gukorana tubikemure ambasaderi wacu mushya afurika y’epfo yakiriwe neza i pretoria ambasaderi wabo rwanda yeremewe nduhungirehe yavuze gukemura ibindi bibazo biri hagati y’ibihugu byombi mu ukwakira perezida paul kagame yakiriye jeff radebe intumwa yihariye perezida afurika y’epfo cyril ramaphosa nyuma y’aho abakuru b’ibihugu bombi kagame ramaphosa bahuriye i sochi burusiya bagirana ibiganiro bitabiriye inama ihuza u burusiya afurika muri nyakanga u rwanda rwasimbuje uwari ambasaderi warwo afurika y’epfo vincent karega uhamaze imyaka umunani asimburwa ambasaderi mushya eugne kayihura nubwo umubano w’u rwanda afurika y’epfo ugenda ugarura isura hari ibitaranoga cyane cyane afurika y’epfo icumbikiye kayumba nyamwasa ukuriye rnc n’umutwe w’abarwanyi p uhuriweho n’amashyaka atanu arwanya leta y’u rwanda uyu mutwe wakomeje gutegura ibikorwa bigamije guhungabanya umutekano w’u rwanda kugirira nabi ubutegetsi buriho ndetse bamwe bawugize barimo umuyobozi wabo rtd major mudathiru habib barimo kuburanishwa n’inkiko gisirikare rwanda nyuma gufatwa n’ingabo rdc abandi bakishyikiriza monusco kugeza kandi abanyarwanda bakomeje kugorwa kubona viza kwerekeza afurika y’epfo ikibazo perezida w’icyo gihugu cyril ramaphosa aheruka kuvuga kigiye gukemurwa ariko imyaka igiye kuba ibiri bitarashoboka
0politics
amagambo mbwirwa ruhame yakoreshejwe perezida john pombe magufuri arahira yatanze ikizere
uyu munsi tariki ugushyingo nibwo amahanga yabukereye baturutse impande zose z’isi bajya gihugu tanzania muhango w’irahira perezida mushya w’iki gihugu john pombe magufuri watsindiye kuyobora gihugu manda y’imyaka itanu mu ijambo mbwirwa ruhamwe amaze kurahira perezida tanzania he john pombe magufuri mbere mbere yabanje gushimira imana ndetse n’abakozi b’imana baje kwifatanya muhango yashimiye abakuru b’ibihugu baturutse hirya hino kwisi baje ku mutera ingabo mubitugu yongeye gushimira byimazeyo abaturage kukizere bamugiriye mutora kugirango abayobore mugihe cy’imyaka ikindi kandi yongeye kuzirikana afite inshingano zikomeye kuzageza kubaturage bemereye mugihe yiya mamazagayongeye gusaba abayobozi baturuka myandi mashyaka atavugarumwe leta kumenya amatora yarangiye ariwe mukuru w’igihugu ikindi yashimiye komisiyo y’amatora ndetse n’inzego z’umutekano ikindi gikomeye shimiye itangazamakuru byumwihariko uburyo bitwaye haba mugihe kwiyamamaza ndetse n’igihe cy’amatora uburyo itangazamakuru byitwayemo asoza ijambo rye yasabye abayobozi bazafatanya kuyoborana kugira umwete n’umuhate tuba bwire john magufuri yatsinze amatora yahatanaga edward lowassa waturukaka ishyaka chadema watanzwe n’ihuriro ry’imitwe politiki izwi ukawa uko byari byifashe mafoto yanditswe mkubwa bagabo johnmuhaburarw
1sport
uzatoza amavubi azashyirwaho nyuma y’umukino eritrea
minisitiri mitali atangaje nyuma y’amakuru yavugaga amatora y’umuyobozi mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amagru rwanda ferwafa agomba kuba tariki ukwakira azaba arangiye hazahita hashyirwaho n’umutoza w’ikipe y’igihugu amavubi ariko minisitiri ufite imikino nshingano ze akaba yarabinyomoje avuga bazateregeza uriya mukino ukabanza ukaba impamvu nyamukuru nk’uko mitali yabibwiye itangazamakuru ukugirango abatoza n’abakkinnyi ikipe bagumana bitegure neza iriya kipe kuko bifuza kuyitsinda si byiza twashyiramo umuntu mushya habura iminsi mike uriya mukino ube kuko abakinnyi n’abatoza bafite umwuka mwiza kandi baramenyeranye buryo haje umutoza mushya gihe gito ikipe ifite ubwe byamugora bikanagora abakinnyi reka ikipe tube tuyirekeye abayifite cyane banaherutse gutsinda benin ndetse binahe n’amahirwe abarimo kuyitoza dore bamwe n’aba kandida bashaka kuzatoza kipe nabo bigaragaze nyuma kumva amagambo guha amahirwe n’abarimo kuyitoza bigaragaze kigalitodaycom yifuje kumenya byaba uburyo gushaka kuzegurira ikipe abanyarwanda bayitoze minisitiri mitali avuga ntaho bihuriye ahubwo bazagendera bigwi gahunda umukandida azagaragaza ashaka gukorera amavubi kandi hazabaho akanama kazafata umwanzuro uhamye u rwanda ruzakina umukino ubanza eritrea tariki ugushyingo i asmara nyuma y’iminsi ine tariki bakine umukino kwishyura i kigali ikipe izatsinda mikino yombi izahita yerekeza itsinda f rizaba ririmo algeria mali benin nyuma y’umukino uzabera i kigali nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amagru rwanda minisiteri ifite siporo nshingano zayo bazatoranya uzatoza amavubi ubu abatoza barenga bakaba bahatanira mwanya ndetse n’abandi babishaka bakaba bagifite uburenganzira kubisaba theoneste nisingizwe
3health
ingaruka z’ihohoterwa rishingiye gitsina zigera miryango bombi polisi y’u rwanda
polisi y’u rwanda karere kicukiro itariki ugushyingo yagiranye inama n’abaturage barenga mirenge kicukiro niboyi y’akarere kicukiro ibigisha ubwoko bw’ibyaha by’ihohoterwa rishingiye gitsina ingaruka zabyo babyirinda n’uruhare rwabo kubirwanya kubikumira inspector of police ip hamdun twizeyimana akaba ashinzwe imikoranire polisi y’u rwanda n’abaturage hagamijwe kurwanya gukumira ibyaha aka karere wigishije abaturage murenge kicukiro ikiganiro yagiranye nabo kikaba cyarabereye kagari ngoma niboyi bakaba baragiherewe kagari gatare assistant inspector of police aip emmanuel mashami akaba ashinzwe imikoranire polisi y’u rwanda n’abaturage hagamijwe kurwanya gukumira ibyaha murenge kagarama ip twizeyimana yasobanuriye murenge kicukiro ihohoterwa rishingiye gitsina rishobora gukorwa n’igitsina gabo kirikorera igitsina gore nk’uko ryakorwa n’igitsina gore kirikorera igitsina gabo akaba yaratanze urugero rw’umugabo cyangwa umugore ukoresha imibonano mpuzabitsina gahato bashakanye kumubuza uburenganzira mutungo bashakanye yababwiye atiingaruka z’ihohoterwa rishingiye gitsina ntizigera gusa warikoze n’uwarikorewe ahubwo zigera miryango bombi ni mpamvu buri wese akwiye kumva kurirwanya kurikumira biri nshingano ze aip mashami yabwiye murenge niboyi ibiyobyabwenge nk’urumogi biri isonga biritera ndetse n’ibindi byaha nko gukubita gukomeretsa gufata ngufu n’urugomo abasaba kutabinywa kutabicuruza kutabitunda kandi bagaha polisi y’u rwanda amakuru y’ababikora yabasabye kuba ijisho ry’umuturanyi birinda igikorwa cyose kinyuranyije n’amategeko kandi bagaha polisi y’u rwanda amakuru yatuma gikumirwa cyangwa yatuma hafatwa abagikoze ndetse n’abategura kugikora musabyimana david umwe baturage b’umurenge niboyi yagize atimuri nama nasobanukiwe biruseho ubwoko bw’ibyaha by’ihohoterwa rishingiye gitsina ibibitera ndetse n’uruhare rwanjye kubirwanya igihe cyose nzamenya uwabikoze nzajya mbimenyesha polisi y’u rwanda undi witwa twayigize marie jeanne yagize atiniyemeje kuba umufatanyabikorwa polisi y’u rwanda kurwanya gukumira ihohoterwa rishingiye gitsina ndyirinda kandi nigisha abandi ingaruka zaryo kubakangurira kugira uruhare kurirwanya yasabye abari hamwe nama gukurikiza inama polisi y’u rwanda aka karere yabagiriyernp news yanditswe ubwanditsimuhaburarw
2economy
agatabo gafasha umuturage gusobanukirwa n’ingengo y’imari kashyizwe ahagaragara
christophe nsengiyaremye umukozi minisiteri y’imari n’igenamigambi avuga aka gatabo kateguwe kugirango kabe igikoresho gifasha abaturage gusobanukirwa n’uburyo ingengo y’imari y’igihugu itegurwa inakoreshwa kandi ikanagenzurwa nsengiyaremye asobanura aka gatabo kagamije gutanga amakuru yumvikana kandi anyuze mucyo yerekana ingengo y’imari igenewe ubuyobozi bukuru leta n’inzego z’ibanze zegerejwe abaturage umunyamabanga nshingwabikorwa w’ impuzamiryango iharanira uburenganzira muntu cladho safari emmanuel avuga abaturage bafite uburenganzira kumenya amafaranga y’ingengo y’imari ava ibikorwa amafaranga azakoreshwa n’imicungire yayo ubushakashatsi bwakoze bwagaragaje bamwe baturage batarasobanukirwa n’imikorere y’ingengo y’imari usanga bamwe bavugako uretse kumva minisitiri w’imari n’igenamigambi abivuga radio ahandi babizi ingengo y’imari y’igihugu y’umwaka yiyongereyeho uyigereranyije n’uyu mwaka ikaba igeze giteranyo rusange miliyari by’amafaranga y’u rwanda kugeza hamaze gusohorwa udutabo tugera bihumbi tuzajya duhabwa abaturage midugudu nyuma y’igikorwa cy’umuganda eric muvara
0politics
leta uganda iratangaza igitegura inama yagombaga kuyihuza n’u rwanda i kampala
guverinoma uganda iratangaza ikiri gutegura inama kabiri komisiyo ishinzwe gukurikirana ishyirwa bikorwa ry’amasezerano luanda hagati y’u rwanda uganda ndetse ishishikajwe kurangiza ibibazo ibihugu byombi bifitanye nubwo ibimenyetso bigaragaza ibindi ni gihe bimwe binyamakuru byari bikomeje kugaragaza guverinoma uganda ishobora kuba idashishikajwe n’ibyo biganiro ubusanzwe byari biteganyijwe kuba kuwa ukwakira ariko bikaba bitarabaye umuvugizi guverinoma uganda ofwono opondo yabwiye voa inama kuba ati nk’uko mubizi hashize nk’ukwezi inama mbere ibereye i kigali ubutegetsi uganda buri gukora ibishoboka byose nama ibeho gihe gito cyane yakomeje avuga impamvu inama itabaye ukubera bamwe bayobozi uganda barebwa n’iyi nama bakigiswe n’indi mirimo bimwe komisiyo igomba gushyira bikorwa harimo kubaha ubusugire buri gihugu kwirinda guhagarika ibikorwa guhungabanya ikindi gihugu gufungura imipaka ofwono opondo yabajijwe barwanyi u rwanda ruherutse gufata bagize uruhare gitero giherutse kugabwa i musanze bagatanga ubuhamya binjijwe mitwe ishaka guhungabanya ubutegetsi uganda abazwa bidashinja uganda aha yagize bashobora kwerekana abantu itangazamakuru batanga ubuhamya nk’uko twabivuze mbere byose bimwe bigomba kuganirwaho bikubiye masezerano abakuru b’ibihugu bombi basinye ndibaza mbere y’inama bazaba baduhaye amazina y’abo bantu kugirango turebe bahuriye uganda naho umuntu wese ashobora gutanga ubuhamya bitewe n’imibereho arimo wamenye ute se muntu atabikoze gahato yakomeje agira ibyo byose bemeza bavuye uganda ntawubahase kubivuga hari ubuhanga bugezweho buriho kandi bwemewe bushobora kwemeza cyangwa guhakanya ubuhamya umuntu yatanze yabutanze kku bushake cyangwa gahato abakurikiranira politiki z’ibihugu byombi ariko bavuga amahirwe gutanga umusaruro ufatika kw’ibi biganiro agerwa mashyi
1sport
karate ikipe y’igihugu yerekeje budage mikino rwego rw’isi
ayo marushanwa kipe yitabiriye nshuro yayo kabiri ateganyijwe tariki - nk’uko bitangazwa n’umuyobozi ushinzwe tekinike ishyirahamwe ry’umukino karate rwanda ferwaka rurangayire guy wabaherekeje yagize dukurikije ubunararibonye ndetse n’imyitozo bakinnyi bahawe n’abatoza babiri ruslan adamov w’umurusiya thamer abdel raouf ukomoka gihugu egypte turizera neza bakinnyi batagiye gutembera ahubwo bazitwara neza bagahesha ishema igihugu ibi kandi byashimangiwe uwayo theogene umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umukino karate rwanda atangaza n’ubwo ubushobozi butabemerera kujyana abakinnyi benshi bizera neza abagiye bazagera kure marushannwa bagahesha igihugu ishema nk’uko batahwemye kubigenza marushanwa bamaze iminsi bitabira rwego afurika ngarambe vanelly kapiteni w’iyi kipe iserukiye u rwanda marushannwa yatangaje n’ubwo bigoye batagiye gutembera ahubwo bagiye rugamba kuzamura ibendera karate y’u rwanda rwego rw’isi aragira imyiteguro yacu n’ubwo yabaye migufi ugereranyije n’uburemere bw’amarushannwa tuba tugiye kwitabira yabaye myiza kandi yatwongereye ubuhanga bwinshi bujyanye n’amarushanwa uru rwego nkaba mpamya neza n’ubwo bitoroshye nshingiye bunararibonye dufite n’ubuhanga twahawe n’abatoza tugiye rugamba kuzamura ibendera karate y’u rwanda rwego rw’isi kuko afurika ho ryarangije kuzamuka ikipe y’igihugu igizwe ngarambe vanelly ntungane aimery gashagaza solange yitabiriye nshuro kabiri marushanwa rwego rw’isi buri gihe nyuma y’imyaka ibiri nshuro mbere u rwanda rwayitabiriye mwaka yaberaga gihugu cy’ubufaransa mujyi paris roger marc rutindukanamurego
4entertainment
nayahe mabanga yafasha abantu kwambara imikandara bakaberwa
imikandara y’abagore n’abagabo bakwambara ndetse nimyenda bayambaraho nkuko benshi babizi imikandara iba moko atandukanye habaho gucci versace ferragamo ndetse nindi myinshi nkuko iba moko atandukanye niko iteye bitandukanye ndetse yambarwa myenda itandukanye nta tandukaniro rinini riba mikandara twambara gusa nanone ntago imikandara yambarwa n’abagore abagabo bayambara kubera uburyo ikoze cyane cyane usanga kenshi abagore bambara imikandara mito mito cyane ibi bitandukanye n’abagabo kuko bambara imikandara minini bitewe n’umwambaro hasi bambaye nkuko twavuze hejuru mikandara yambarwa bitewe n’umwambaro wambayeamwe baganga yagufasha kwambara umukandara bikwiye naya duhereye bagabo ambara umukandara bitewe pantalo wambaye niba wambaye itisi wambare umukandara woroshye ndetse unanutse mubyimba kandi udakoze rutambi niba wambaye ikoboyi wakwambara umukandara utandukanye nuwo twavuze matisi umukandara ukomeye kdi ubyibushye ndetse n’ukoze rutambi wawambara ntamuntu udakunda kurimba burya umukandara ufite ibara risa nkinkweto wambaye bigaragara neza cyane k’umugabo wese gerageza kujyanisha inkweto wambaye n’uruhu rw’umukandara wawe hamwe n’inkweto kuko burya ntiwakambara urukweto rufite uruhu runoze wambare umukandara w’urutambi ubone waberewe ese bagore bimeze bite ambara umukandara muto wambaye ikanzu kujyana birori cg se ikanzu ifite umubiri woroshye nu munini wawambara ariko nabwo bigaterwa n’ikanzu wambaye umukandara wambaye ube ujyanye n’imikufi wambaye ndetse nibyo wambaye nibivuze bibe bisa ariko wambaye imikufi mito ambara n’umukandara muto kuko burya bigaragara neza ambara umukandara ujyanye nipantalo wambaye wambaye ipantalo izamuye kugera munda hejuru ntago ngombwa kwambara umukandara wambaye ipantalo ingera kurukenyerero neza ikaba inafite ahaca mukandara wambare ariko pantalo wambaye idafite umukandara uca wihorere kuwambara kugirango uwumbarire hejuru
13relationship
imwe myitwarire igaragaza umugore uca inyuma umugabo
niba ufite ugushidikanya budahemuka bwumugore wawe dore ibimenyetso bikomeye kukuburira ugomba kwitaho ntagishishikajwe mbere ubundi yaraguhangayikiraga agashimishwa nubutumwa bwawe ndetse akarakara gihe wibagiwe amatariki yingenzi cyangwa ay’abana iyo mwashakanye aretse guhangayikishwa nutuntu duto nk’utwo noneho ufite impamvu guhangayika asigaye yiyitaho cyane kuruta mbere umugore wawe nubona yatangiye kwambara ukundi kuntu yireba buri kanya ahinduranya imyenda ndetse yitaye cyane miterere gihe agiye kugira ajya ashobora kuba ashishikajwe gukurura mugabo ntagishaka gutera akabariro nta mahame abaho bijyanye gutera akabariro umubano wose uratandukanye ariko rundi ruhande ubonye mwashakanye atagishaka kubaka urugo buryo birashoboka ashobora kuba abona umunezero ahandi asigaye ahuze cyane gahunda isigaye ihindagurika ntashaka mugumana umwanya munini nubona myitwarire uzamenye umugore wawe afite uwamutwaye umutima agira amahane hato hato niba usigaye ubona amahane y’umugore wawe adasanzwe kandi ukabona telephone ntimuva ntoki mugerageze use n’uyikoraho gato nazabiranwa n’uburakari uzamenye hari aguhisha ntakigira umwanya wihariye gusabana n’inshuti n’umuryango wawe ahanini nubibona mugore wawe uzatangire umugenzure kuko yihunza abawe kubera yiyiziho amakosa ntashaka guhuza amaso uzatumbire maso he nubona umugore wawe adashaka muhuza amaso uzamenye yicira urubanza kandi akaba adashaka ubimenya src santeplusmagcom
3health
nyagatare umugabo yasanganywe imirambo y’abana bane nzu
umugabo w’imyaka murenge katabagemu nyagatare yasanganywe imirambo y’abana bane b’abaturanyi nzu yiyemerera wabishe umuvugizi w’urwego rw’ubugenzacyaha rib modeste mbabazi yabwiye igihe dukesha nkuru amakuru yamenyekanye mbere umwe baturanyi yaburaga umwana ngo hari hashize iminsi abana babura ako gace ariko abaturage batangira gukeka mugabo babimenyesha inzego z’umutekano mbabazi kubera hari abandi bana bamaze iminsi baburirwa irengero bagiye kumusaka iwe basanga hari indi mirambo itatu ahita yemera wabishe ariko ntasobanura impamvu yabyo turacyakurikirana kugira adusobanurire neza icyatumye yica bana uyu mugabo yahise atabwa yombi kugira akurikiranweumuvugizi rib yavuze imirambo yasanzwe rugo rw’uyu mugabo iy’abana b’abaturanyi badafite bapfana muri bana harimo uwari ufite imyaka itanu uw’imyaka irindwi uw’imyaka umunani n’uw’imyaka y’amavuko ingingo gitabo cy’amategeko ahana ibyaha rwanda ivuga umuntu wica abishaka akoze icyaha iyo abihamijwe n’urukiko ahanishwa igihano cy’igifungo burundu
0politics
imyanzuro yafatiwe mushyikirano harimo gukuraho byihuse itangwa buruse rishingiye byiciro by’ ubudehe
kuva itariki kugera ukuboza hateranye inama y’igihugu y’umushyikirano iyi nama yayobowe perezida repubulika y’u rwanda paul kagame itangizwa n’ijambo ageza banyarwanda buri mwaka agaragaza igihugu gihagaze kuva itariki kugera ukuboza hateranye inama y’igihugu y’umushyikirano iyi nama yayobowe perezida repubulika y’u rwanda paul kagame itangizwa n’ijambo ageza banyarwanda buri mwaka agaragaza igihugu gihagaze mu ijambo rye nyakubahwa perezida repubulika yamenyesheje abanyarwanda u rwanda igihugu gihagaze neza kandi ashimira abanyarwanda n’inshuti z’u rwanda kubera uruhare babigiramo nyuma kungurana ibitekerezo biganiro byatangiwe nama hafashwe imyanzuro ikurikira kwihutisha igikorwa kwimura abatuye bishanga manegeka n’ahandi hatemewe guturwa bagatura neza kandi impamvu z’icyo gikorwa zikarushaho gusobanurirwa abaturage ikigamijwe abantu batura ahantu hadashyira kaga ubuzima bwabo gukomeza gufatanya n’abikorera psf kongera ubushobozi bw’inganda capacity utilization bikorwa bizamura umusaruro bwiza bwinshi cyane cyane ibikorerwa rwanda made in rwanda gukemura imbogamizi rwiyemezamirimo cyane cyane abakizamuka smes bagihura zirimo kutabona bapfunyikamo packaging imbuto ifumbire ibyumba bikonjesha n’inganda zitunganya umusaruro bidahagije gushaka igisubizo musaruro ukomoka bworozi cyane cyane uw’amata kuvugurura imikorere y’amavuriro y’ibanze health posts buryo ayubatswe akora neza kandi bikenewe serivisi zitangwa zikongerwa kugira mavuriro arusheho gufasha bikwiye abayagana kugirana imihigo kwivana bukene n’abaturage bagifashwa leta bafite ubushobozi gukora gushyiraho ingamba zibafasha kwihuta rugendo kwigira gushyiraho bufatanye n’imiryango itari iya leta n’ishingiye myemerere ingamba zihamye gutegura neza abitegura gushinga urugo n’abarushinze hagamijwe kubaka umuryango utekanye kubahiriza inshingano kibyeyi kwihutisha gahunda gushyiraho kongera amarerero ecds midugudu y’igihugu kongerera ubumenyi abayakoramo kugira barusheho gutanga serivisi nziza gushyiraho uburyo gufasha abanyarwanda mahanga kunganira ishyirwa bikorwa gahunda leta zinyuranye harimo ubwisungane kwivuza mutuelle de sant gukoresha ubumenyi bafite ngeri zitandukanye baje kiruhuko rwanda kwihutisha gihe kitarenze imyaka ibiri igikorwa kubaka amashuri hagamijwe kugabanya ubucucike n’urugendo rurerure abana bakora bajya ishuri kuvugurura buryo bwihuse ibishingirwaho gutanga inguzanyo kwiga mashuri makuru kaminuza hatitawe byiciro by’ubudehe gukemura ibibazo by’itumanaho network connectivity n’ibindi bikorwaremezo by’ibanze bikenewe duce tumwe tumwe tw’igihugu gukurikirana abaturage bakoze imirimo gahunda vup bishyurirwa gihe kwishyura abandi baturage bagifitiwe imyenda kandi hagafatwa ingamba zihamye zituma abaturage bakoze imirimo nzego leta n’iz’abikorera bazajya bishyurirwa gihe
2economy
igihembwe cy’ihinga a kizagira imvura ihagije rusange twahirwa antoine
iyi mvura izagwa buryo buhagije gihe cy’amezi nk’uko isesengura ry’ibipimo byakozwe service y’ubumenyi bw’ikirere ryabyerekanye gusa turere tumwe tumwe imvura izagwa ariko igende igabanuka ibihe bizagenda bishira tumwe turere tuzabonekamo imvura nyinshi kurusha utundi cyane turere tw’imisozi miremire cyane majyaruguru n’igice kimwe cy’intara y’iburengerazuba ibi bikaba byaratangajwe n’umuyobozi service y’iteganyagihe service y’ubumenyi bw’ikirere twahirwa antoine muri turere tuzabonekamo imvura nyinshi harimo gicumbi burera musanze ngororero nyabihu nyaruguru nyanza muhanga kamonyi nyamagabe huye ruhango rubavu gakenke rulindo icyakora ntara y’iburasirazuba kubera hateyekuba hatagira imisozi ifata imiyaga ifite ubuhehere bw’umwuka bityo bigatuma ihuhwa n’umuyaga ikigira ahandi nayo mpamvu hadakunze kuboneka imvura nyinshi nk’ahandi rwanda gusa imvura izagwayo ihagije ariko izagenda igabanuka izagenda igwa bikaba bidakwiye gutera impungenge abazakora imirimo itandukanye tumwe turere tuzagwamo imvura ihagije ariko ikazagenda igabanuka izagenda igwaharimo rusizi nyamasheke karongi rutsiro rubavu nyagatare ngoma kirehe rwamagana gatsibo kayonza bugesera gasabo kicukiro nyarugenge ndetse gisagara twinshi utu turere tukaba utw’intara y’iburasirazuba kubera imiterere yayo gusa iteganyagihe risesengura ibipimo by’imvura bafite hanyuma bakabigeza minisiteri ifite ubuhinzi n’ubworozi nshingano zayo nayo igira abahinzi inama y’ibyo bahinga bitewe n’ibihe by’imvura biriho kugeza ntara zitandukanye ubuhinzi bukaba bwaritabiriwe buryo bushimishije ndetse gihembwe cy’ihinga a kikaba kirimo kugenda neza nk’uko musabyimana innocent umuyobozi mukuru ushinzwe iby’ubuhinzi kigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi rab abitangaza yongeraho ugereranije n’uko intara zagiye zitabira ubuhinzi ntara y’iburengerazuba bageze batera majyaruguru bageze y’ubutaka bugomba guhingwa guterwa burasirazuba ho bageze majyepfo bakaba bageze impamvu majyepfo bakiri hasi musabyimana avuga imvura yaguye itinze buryo ubutaka bwari butarasoma ikindi usanga abafite ubutaka bunini bagenda hirya hino migi kuburyo batabwegereye bahite babuhinga iyi mibare y’aho abaturage bageze bahinga ikaba ishobora guhinduka nk’uko musabyimana abivuga kuko bashyize ingufu nyinshi kubakangurira guhinga hakiri kare imvura ikiriho uturere twa nyanzakamonyi muhanga ntara y’amajyepfo tukaba two twari turi inyuma ugereranije n’utundi kwitabira gahunda y’ubuhinzi abahinzi b’intara y’iburasirazuba bakaba bakangurirwa n’ikigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi guhinga vuba kuko agace k’uburasirazuba imvura ikunze gucika mbere ako gace nk’uko musabyimana yabitangaje safari viateur
2economy
leta y’u rwanda yiyemeje guhangana rusahuzi b’imitungo y’amakoperative
minisitiri w’inganda n’ubucuruzi francois kanimba avuga leta y’u rwanda rimwe izigera yihanganira imikorere y’amakoperative imize gutyo avuga hagomba gufatwa ingamba zikomeye guhangana n’abashaka guhemukira bagenzi bagasangiye inyungu ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’amakoperative gatandatu tariki minisitiri kanimba yatangaje abameze batyo abagamije kubuza abanyarwanda inzira biyemeje y’iterambere binyuze makoperative gusa munsi u rwanda rukazawizihiza cyumweru tariki nshuro munani u ruzaba ruwizihije nyuma guhera bikazaterwa tariki ihamye yawo kuko wizihizwa buri gatandatu mbere w’ukwezi nyakanga buri mwaka umunsi w’amakoperative watangiye kwizihizwa mwaka ushyizweho n’umuryango w’abibubye hagamijwe kuzamura ubufatanye iterambere hagati y’amakoperative gihugu karere isi hose leta y’u rwanda ivuga yiteguye kujya ishimira amakoperative yagaragaje imicungire myiza kandi igakurikirana abashaka guhuguza imitungo y’abishyize hamwe bashaka inzira y’amajyambere babinyujije makoperative insanganya matsiko y’uyu mwaka ikaba igira iti amakoperative arafasha kubaka isi nziza eric muvara
0politics
iran irashinja israel kubibira ibicu bitanga imvura
umujenerari gihugu iran mbere yatangaje israel yaba yiba ibicu kirere iran bigatuma imvura itagwa iwabo guhindagurika kw’ibihe iran ntabwo shyashya turakeka batwinjiriye bagahindura ikirere cyacu ibigo by’ubushakashatsi siyansi byabikozeho ubushakashatsi kandi burabyemeza israel n’ikindi gihugu bafite amatsinda y’ubufatanye akoresha ashoboye kugira ibicu byinjira kirere iran bidatanga imvura amagambo gen gholam reza jalali general gholam reza jalali ahamya afite ibimenyetsi by’ibyo avuga ikigo cy’iteganyagihe iran cyahakanye makuru gihamya bidashoboka igihugu cyiba ibicu by’ikindi ahad vazife umuyobozi w’iki kigo yagize igihugu ntabwo gishobora kwiba ibicu iyo biza kuba bimeze bityo ntihaba hari abapolisi barinda amazi leta zunze ubumwe amerika kuko abanyamerika bakwiba ibicu by’ibindi bihugu nkomyi iran imaze igihe kirekire cyi kandi ibintu biriho cyane isi si iran gusa src vanityfair
4entertainment
ubwongereza umunyarwenya yapfiriye rubyiniro abantu bakeka urwenya
umunyarwenya w’umwongereza ian cognito yapfuye imbere y’abantu gitaramo majyepfo y’ubwongereza ahitwa bicester kabari kitwa the atic uyu musaza w’imyaka y’amavuko akaba yaritabye imana kane w’iki cyumweru turi gusoza azize indwara y’umutima uwari wateguye gitaramo andrew bird yabwiye bbc ian cognito mbere kujya rubyiniro yumvaga atameze neza ariko akomeza gusaba yabanza akajya gutaramira abafana akabona kujya kwivuza ubwo imbere abafana yavuze atebya akomoza buzima bwe yumvaga butameze neza mutekereze ndamutse mfiriye imbere yanyu yabanje kubicamo amarenga abantu bagira urwenya yateguye nyuma yaho yahise yicara hasi amara iminota myinshi atavuga ariko abitabiriye gitaramo bakomeza guseka cyane bibwira umwe mikino yabateguriye nyamara byari byarangiye
2economy
rwanda singapore africa-nick aster
uyu munyamakuru avuga akigera kibuga cy’indege mpuzamahanga kigali yatunguwe cyane kubura bimwe mubyo yiteze ngo ubusanzwe ageze bihugu bikennye atungukira mbwa zizerera umwanda abana basabiriza abacururiza muhanda n’ibindi avuga kimwe yabashije guhita abona rwanda nick ahubwo yiboneye umujyi usukuye cyane imbere abantu bahugiye mirimo ndetse n’abashoramari b’abanyamahanga batari bake ikindi yahise abona imirimo y’ubwubatsi bice bitandukanye ndetse n’ibirango by’imiryango itegamiye leta myinshi yabibonaga henshi uyu munyamakuru avuga yiboneye ukuntu u rwanda rwavuye bihe bikomeye rukaba rufite umutekano n’ubukungu butera imbere gihe kitarenze imyaka nick ageraho yita u rwanda umutako w’afurika uyu munyamakuru avuga ubutegetsi perezida kagame bushima igihugu singapore ndetse bukifuza kugikurikiza iki gihugu gifite ubukungu bumaze kugera ahashimishije rwego rw’isi kandi nacyo myaka ishize cyarabarwaga nk’igihugu gikennye kuri singapore ahantu ushora imari ikunguka buryo abashoramari bazwi cyane isi bahafata nk’iwabo kubera guhorayo agira u rwanda ntirwaba narwo ruri kugera ikirenge mucya singapore uyu munyamakuru kandi avuga nkuru ze zitaha azagerageza gucukumbura ibijyanye n’ibanga u rwanda rikoresha rireshye abashoramari kuko azi neza bisaba kuvugisha ukuri gusesuye ndetse gukorera mucyo mwinshi avuga abayobozi baganiriye bamugaragarije gahunda zitandukanye leta zigamije kuzamura imibereho myiza y’abaturage avuga kandi yanisuriye umwe baturage batujwe nzu nshya ubundi akamutangariza n’ubwo amafaranga yinjiza akiri make gusa yishimiye inzu nshyashya umunyamakuru kigali today
8culture
ubupfura n’ubworoherane indangagaciro z’amahoro
nk’uko umugani w’ikinyarwanda ubivuga igiti kigororwa kikiri gito madame immacule avuga ndangagaciro umuntu atazivukana agomba kuzitozwa akazigishwa kandi bigatangira akiri muto akabikurana bityo bikamufasha kubaho kubana n’abandi neza atanga umusanzu guharanira amahoro gusa yongeye kwibutsa n’uruhare rw’umuntu ingenzi kuko ushobora kwigishwa ariko ntubigire ibyawe ugasanga mumaro kuko burya ngombwa ugira aruhare kubyakira kubishyira bikorwa mu kiganiro twagiranye kandi yatubwiye bushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’ubushakashatsi n’ubusabane bigamije amahoro basanze umuntu urangwa n’ubupfura hamwe n’ubworoherane ugira uruhare kubaka amahoro kd akanayaharanira basanze kandi muntu utanga umusanzu yubaka siciete ndetse anayiteza imbere umuntu urangwa n’izo ndangagaciro kandi niwe umenya abandi bamugomba atirengagije abagomba kugira hatabaho uburyamirane ahubwo buzuzanye gushaka ibyiza byabagirira akamaro bombi anne marie niwemwiza
2economy
beak igiye kwiga mabuye acukurwa rwanda
ubwo bushakashatsi burimo gukorwa n’ikigo bugade beak consultants gmbh beak mabuye tungsten niobium lithium zahabu gold hamwe hatoranyijwe hazitabwaho gukorera inyigo harimo musebeya muhanga ntara y’amajyepfo hamwe karere nyagatare kirehe ntara y’iburasirazuba hazitabwa butaka bumwe bumwe bw’ingirakamaro budakunze kuboneka hamwe n’intosho z’amabuye nyuma y’iyi nyigo kandi bishobora kuzakuraho amazimwe avuga u rwanda rucuruza amabuye avuye repubulika iaharanira demokaraiz congo bizakorwa n’ikigo cyigizwe n’impugucye z’abadage hamwe n’abandi gihugu afurka y’epfo cyane amabuye menshi afurika ajya gutunganyirizwa afurika y’epfo n’iburayi iki gikorwa gikuriwe minisiteri ifite umutungo kamere nshingano zayo ifatanyije n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro sylidio sebuharara
2economy
gatsibo gasana richard arasaba abaturage kuba maso bagahangana bagizi nabi
umuyobozi w’aka karere gasana richard abaturage n’ubuyobozi bw’akarere gatsibo bemeza bababajwe cyane n’abantu batifuza iterambere ry’abatishoboye babatemera inka bahawe zibafashe kwigobotora ubukeneimibare yashyizwe ahagaragara n’ubuyobozi bw’akarere gatsibo igaragaraza bice bitandukanye by’aka karere inka zibarirwa zatemwe kwezi mata uwimbabazi astherie umurenge muhura umwe yabayemo bikorwa by’ubugizi nabi yemeza byabaye kandi batangiye gushakisha ababikoze bakanirwe urubakwiye yagize atini koko byarabaye murenge wacu abagizi nabi batemye inka mudugudu umwe ariko nk’ubuyobozi twatangiye gukurikira hafashwe abantu batatu umwe aza gucika kandi ariwe ruharwa wavugwagaabandi nabo babaye barekuwe kuko cyaha cyibafata mbese bimenyetso umuyobozi w’aka karere gasana richard avuga n’ubwo abakoze bugizi nabi batafashe bazagaragarira hose bazahanwa buryo bw’intangarugero yagize atiabaturage baritanga bazamure ubukungu bw’akarere abandi bakarwana gutema inka urumva kubihanganira ahubwo tugize amahirwe tukabafata bahanwa by’intangarugero uyu muyobozi yakomeje yamagana bikorwa bibi asaba abaturage kuba maso bahangana n’abo bagizi nabi batifuriza imibereho myiza abanyagatsibo yagize atiicyo nasaba buri wese yamenya agaciro inka ifitiye umuturage burya kandi umuntu utema inka ntabwo ariyo ashaka gusa bivuze buri wese akwiye kurwanya bene bantu gutemwa kw’izi karere gatsibo byabaye bihe bitandukanye kwezi mata mwakaebyiri zatemwe murenge muhura izindi mirenge rugarama kabarore yanditswe ubanditsimuhaburarw
0politics
google apple zahagaritse porogaramu yitwa totok’ ivugwaho kwifashishwa butasi
porogaramu yamanuwe benshi internet yitwa totok leta zunze ubumwe z’abarabu ikoreshwa guhererekanya ubutumwa yahagaritswe google ndetse apple nyuma kuvugwaho ikoreshwa kuneka iyi porogaramu ivugwaho kuba ikoreshwa leta zunze ubumwe z’abarabu kugerageza kuneka ikiganiro cyose urujya n’uruza rw’abantu imibanire gahunda zabo amajwi n’amashusho by’abashyira porogaramu telephone porogaramu totok gihugu cyahagaritswemo ubundi buryo bw’itumanaho buzwi cyane whatsapp skype isanzwe ifatwa nk’uburyo bwizewe guhererekanya ubutumwa n’inshuti ndetse n’imiryango hifashishijwe amashusho cyangwa inyandiko iyi porogaramu irikuzamura umubare w’intwaro z’ikoranabuhanga zifashishwa butasi ubucukumbuzi new york times porogaramu abayikoze n’ubuyobozi leta zunze ubumwe amerika busanzwe bukora igenzura ibanga bugaragaza porogaramu totok igikoresho cy’ubutasi inyigo yimbitse ndetse n’ibiganiro n’impuguke bijanye n’umutekano internet bigaragaza ikigo cyakoze porogaramu breej holding gikorana n’ikigo cy’ubutasi darkmatter kiri abu dhabi iki kigo gikoramo abayobozi b’ibiro by’ubutasi leta zunze ubumwe z’abarabu abahoze abakozi b’ikigo cy’igihugu cy’umutekano n’abahoze abakozi b’ikigo cy’ubutasi cy’ingabo israel porogaramu totok imaze kumanurwa google apple n’abarenga miliyoni eshanu migabane y’u burayi aziya afurika majyaruguru amerika burasirazuba hagati abakoresha porogaramu cyane leta zunze ubumwe z’abarabu ubushakashatsi bwakzwe app annien bigaragaza porogaramu mbuga nkoranyambaga zimanurwa cyane internet leta zunze ubumwe z’abarabu nyuma y’uko guverinoma leta zunze ubumwe z’abarabu ihagaritse whatsaapp skype byatumye totok iba porogaramu ikoreshwa cyane gihugu ikigo cy’ikoranabuhanga cy’abashinwa huawei kimaze igihe cyamamaza cyane porogaramu totok totok yabwiye abayikoresha izagaruka bubiko porogaramu vuba cyane
7tourism
amadevize ava bukerarugendo yiyongereyeho
ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere rdb cyatangaje kugeza kanama mwaka u rwanda rwinjije miliyoni z’amadolari y’amerika ukuriye ishami ry’ubukerarugendo rdb rica rwigamba yatangarije reuters mbere kugeza munani u rwanda rwakiriye mukerarugendo basaga yavuze ugereranyije n’amezi umunani y’umwaka ushize amadevize yinjiye yazamutse kigero yemeza bashobora kwinjiza amafaranga agera miliyoni z’amadorali mwaka rwigamba yavuze ubukerarugendo rumwe nzego zikoresha cyane amafaranga y’amahanga rwanda kandi kugeza igihugu ngaruka cyari cyagira zikomoka bibazo ibihugu bikoresha i euro biri guhura nabyo imibare rdb mukerarugendo baturuka bwongereza biyongereye kigero ugereranyije n’ umwaka ushize urusobe rw’ibidukikije ndetse n’ingagi birunga biza isonga bisurwa cyane mukerarugendo jean noel mugabo
11environment
mu rwanda hagiye gutangizwa banki itera inkunga imishinga y’ibidukikije
amakuru ajyanye n’itangizwa ry’iyi banki rwanda yatangarijwe kiganiro cyatangangiwe nama cop iherutse kubera espagne mpera z’umwaka ushize kireba uruhare banki zigamije guteza imbere ibidukikije gutuma ibihugu bigera ntego zabyo muri nama niho hatangarijwe u rwanda ruzashyiraho banki igamije gushyigikira imishinga igamije kurengera ibidukikije rwanda catalytic green investment bank uru rwego rw’imari ruzafasha gukangurira ibigo byigenga gushyigikira ishyirwa bikorwa ry’imishinga itangiza ibidukikije gihugu umuyobozi ushinzwe ibijyanye n’imihindagurikire y’ikirere banki nyafurika itsura amajyambere afdb anthony nyon yatangaje hakenewe ingamba zihamye guhanga ikoranabuhanga rishya rigamije guhangana n’ibibazo by’imihindagurikire y’ibihe ati ku bw’iyo mpamvu banki nyafurika itsura amajyambere binyuze bufasha bw’ikigega kigamije kurengera ibidukikije gukorana n’ihuriro banki zigamije kurengera ibidukikije kureba uburyo butandukanye gushyira igishoro bikorwa bifasha kurengera ibidukikije rwego hasi nako tuzamura uruhare rw’abikorera kubera ibibazo by’imihindagurikire y’ibihe nibura abahinzi rwanda batakaza by’umusaruro wabo leta yashyizeho ikigega fonerwa cyahawe inshingano gufasha u rwanda kugera bukungu butangiza ibidukikije binyuze gutera inkunga imishinga leta n’abikorera murongo kuva kigega cyashingwa hahanzwe imirimo itangiza ibidukikije mu habarurwaga ubutaka bungana hegitari bwatunganyijwe hagamijwe kwirinda butwarwa n’isuri ndetse hegitari z’inkombe n’imigezi n’ibiyaga zarasubiranyijwe ndetse imiryango ifashwa kubona ingufu zidakomoka ngomero z’amashanyarazi icyo gihe fonerwa imaze gutanga inkunga miliyoni z’amadorali nkunga ikaba ihabwa imishinga yatsinze binyuze marushanwa
13relationship
byagufasha muhungu reba inzira zagufasha gutangira ikiganiro kiryoshye n’umukobwa
umubare nini w’abahungu gutangira ikiganiro n’umukobwa mbere nko kunyura kibatsi cy’umuriro ugurumanaahubwo ugasanga gutinyuka kugitangira byaba bikomeye kurusha kugendagenda bushyuhe bw’amakara cg guterura imbabura yatokomboye aha hari inzira zagufasha kwigobotora bwoba ukaba wabasha gutangira ikiganiro kinogeye amatwi cy’urukundo n’umukobwa watinyaga ntuzasuzugure uburemere bw’akajambo biteni akajambo gato ariko gafite imbaraga kakaba n’urufunguruzo rukomeye mugutangira ikiganiro shaka ikintu kingenzi mwahurizaho hantu icyo nacyo ingenzi kandi cyoroshye gihita gituma akwitaho mugakomezanya ikiganiro mukurije kukantu gato ba umuntu ufite amakuru y’ibyamamare ndetse n’ayimyidagaduro kuburyo buhagijeibi bintu abakobwa barabyishimira kandi bakanabikunda igire nk’umuntu ucyeneye igitekerezo cye n’ inyunganizi kintu runaka kuvugahoaha biba byiza cyane igihe kumwe n’inshuti zanyu kandi hakaba hari utari kumvikanaho nazo bityo ukamusaba igitekerezo buri gihe gerageza kuba ufite utuganiro twihariye kandi turyoheye amatwi dusekeje gukora integogutega hagati yanyu bizagufasha guhura kwanyu gukomeza kubaho uku gutega bibaho wemeza cg utomboza ikintu runaka kimwerekeyeho watsindwa ukamugurira kunywa cg akandi kantu gashimishiji gutangiza ikiganiro hamwe n’inshuti zawe kivuga kubyerekeranye n’imirango mungo ariko ukaba wizeye nshuti zawe zifitanye umubano wahafi naweiyi nzira nayo iba nziza kuko akenshi abantu bashaka kwihagararaho haganiriwe ibyerecyeye n’imiryango ndetse n’ibibazo biyirangwamo kugerageza kugira uruhare kiganiro cye utanga inyunganizi ndetse kuvugaho ukagira wongeraho kumuha kunywa cg kumugurira akantu ubona acyeneye ako kanyanyuma y’ibyo byose ntakabuza umubano uhera ukagera wifuza ndetse akakwiyumvamo mukabana ubuzira herezo yanditswe habarurema djamalimuhaburarw
11environment
igifenesi urubuto rushobora kuba imari ishyushye isoko ry’u rwanda
uru rwagwa aruranguza barugurisha amafaranga ariko ntarashobora guhaza isoko afite bitewe n’uko rinini cyane uyu mugore byamuteje imbere buryo yubatse uruganda rukora inzoga urwo rubuto akaba afite gahunda guhinga ibifenesi byinshi kubikangurira abandi igifenesi rumwe mbuto bwoko bw’inkeri bitewe n’uburyo kiremye kikaba gikomoka buhinde ariko gikunze kugaragara cyane thailand malaysia indonesia mu rwanda urubuto rw’igifenesi ntirukunze kugaragara nk’izindi bitewe n’uko abanyarwanda bataratangira kwitabira kuruhinga ariko urubuto rukize cyane ntungamubiri ndetse runafasha kugabanya umuvuduko w’amaraso kugira uruhu rwiza n’isukari y’umwimerere mugabo jean pierre uyobora ishami ry’amashyamba kigo gishinzwe guteza imbere amazi n’amashyamba rwfa yavuze urubuto abantu benshi bakwiriye guhinga ati igifenesi urubuto rwifitemo isukari y’umwimerere kigabanya umuvuduko w’amaraso gifasha umuntu kugira uruhu rwiza kikagira n’intungamubiri magnesium zigira uruhare gukomeza amagufa mugabo yongeraho igifenesi gifasha umuntu kubona neza cyane cyane kubageze zabukuru kikagira ubutare buvura indwara kubura amaraso bukanatera amaraso kudatembera neza ikindi ibiti by’ibifenesi bishobora kwifashishwa kwirinda isuri bikaba byakwifashishwa kandi gukora ibikoresho nzu imirimo y’ubwubatsi ibikoresho by’umuziki igifenesi kandi cyifashishwa gukora verini basiga imbaho guhoma ubwato n’imyenge y’indobo mugabo yakanguriye abanyarwanda gutera igiti cy’igifenesi cyane ishami ry’amashyamba kigo gishinzwe guteza imbere amazi n’amashyamba rwfa rizabafasha kubona ingemwe bakaba baniteguye gushyira igiti cy’igifenesi bizaterwa gikorwa ngarukamwaka gutera ibiti ati abanyarwanda turabasaba kugitera buryo buhagije kugira n’abagikeneye babashe kukibona cyane bashobora kubibona buhumbikiro butandukanye twebwe tuzakomeza kubafasha kubona ingemwe kugira cyinjizwe gahunda ngarukamwaka gutera ibiti dufashe n’abikorera kucyongerera umusaruro urubuto rw’igifenesi rweze rupima ibiro hagati - rukaba rumara amezi buhumbikiro kugira nyirarwo atangire kurusarura byibuze ruba rumaze imyaka itandatu rutewe igifenesi gisarurwa kabiri mwaka igiti kimwe gifite ubushobozi kwera imbuto ni igiti gikunze guhingwa duce dushyuha nko bugesera kayonza huye gisagara nyanza ngoma rusizi mu akarere ngoma kamwe duce duhingwamo igifenesi cyasaruye toni ku isoko usanga uru rubuto ruri hagati - frw inkuru bijyanye uko kankwanzi yahaye agaciro igifenesi kirehe agikoramo inzoga
3health
ukwezi kumutuku gusobanura imperuka sobanukirwa byinshi utaruzi
mu ijoro ryakeye ryo rishyira nzeri isi yagize ibihe by’ikirere bidasanzwe habaye ubwirakabiri bwuzuye bw’ukwezi ubwirakabiri bw’ukwezi bwahuriranye n’igihe ukwezi kwegereye isi cyane kugaragara gusa n’amaraso cyongereza bita blood moonabahanga bumenyi bw’ikirere batangaje ukwezi kwari kwegereye isi ho ndetse urumuri rwako rwiyongeraho ugereranyije n’ibisanzwe nk’uko ibinyamakuru bitandukanye byabitangaje uku kwezi kw’amaraso kwagaragaye muri amerika y’epfo n’iya ruguru burayi afurika ndetse n’ibice by’aziya y’uburengerazuba pasifika y’uburasirazuba hagati saa saba saa moya masaha rwanda isi yaherukaga ukwezi kw’amaraso mwaka nahoabahanga bumenyi bw’ikirere bagaragaje bizongera mwaka ukwezi kw’amaraso nk’uko urubuga interineti the guardian rubitangaza ukwezi kw’amaraso nk’uko bisobanurwa n’abahanga bumenyibw’ikirere kubaho habaye uruhurirane rw’ukwezi kunini ukuvuga igihe kugaragara kwegereye isi ndetse n’ubwirakabiri bwuzuye bw’ukwezi buba igihe igicucucucu cy’isi kiba cyakingirije ukwezi ku bahanga bumenyi bw’ikirere ukwezi k’umutuku kwagaragaye ijoro ryakeye kwitwa ukwezi kunini cyangwa se super moon harvest moon tetrad n’ubwirakabiri bw’ukwezi cyangwa se lunar eclipsembese tetrad abahanga bumenyi bw’ikirere bise ubwirakabiri bw’ukwezi bwaraye bubaye ijoro ryakeye tetrad ngo bakoresha ijambo tetrad habaye ubwirakabiri bw’ukwezi bwuzuye inshuro enye zikurikiranya bumwe bwanyuzemo bube igice nshuro zaraye zuzuye ijoro ryakeye kuki ukwezi kwakomeje kugaragara gihe cy’ubwirakabiri mu gihe cy’ubwirakabiri bwuzuye bw’ukwezi isi izuba ndetse n’ukwezi biba biri murongo ukwezi kuba kwitegeye isi ukwezi gukingirizwa n’igicucucucu cy’isi ariko kugakomeza kugaragara kubera imirasire y’izuba iba kunyura kirere cy’isi kuki ukwezi kwagaragaraga umutuku ukwezi ijoro ryakeye kwagaragaye umutuku kuko imirasire y’izuba yanyuraga kirere cy’isi yayunguruwe hanyuma igahindukizwa buryo imirasire y’icyatsi move yanyanyagijwe cyane kurusha iy’umutuku ibi byatumye imirasire y’umutuku iba igera kwezi ubwirakabiri bw’ukwezi buteganyijwe mutarama ariko ubuzahurirana n’ukwezi kunini super moon buzongera kugaragara mwaka irangira ry’isi abanyamadini benshi bahuje ukwezi kw’amaraso n’ubuhanuzi bamwe bavuga ikimenyetso cyerekana ibihe nyumaabandi bavuga hazaba akaga kazavamo n’irangira ry’isi izina ukwezi k’umutuku ntirikoreshwa rwego rw’ubumenyi bw’ikirere ahubwo rikomoka buhanuzi bibiliya igitekerezo cy’uko ukwezi kw’amaraso gusohoza ibyanditswe gituruka isezerano rishya bibiliya byahishuwe ahanditse hati nuko mbona afungura urwabya habaho umutingito w’isi izuba riba umukara n’ukwezi kuba umutuku ikindi ubwirakabiri bwuzuye bw’ukwezi bwabaye ubwa kane nyuma y’ubwabaye mata kugeza ukwakira ndetse mata mwaka kandi bwose bukaba minsi mikuru y’abayahudi abahanga bumenyi bw’ikirere banyomoje igitekerezo cy’uko ukwezi k’umutuku kuzazana irangira ry’isi ariko ntibyabujije ubutumwa buhuza bihe by’ikirere bukwirakwira mbuga nkoranyambaga isi kuva kera bamwe bahanga bumenyi bw’ikirere ndetse n’abanyamadini harimo n’aya gakondo ntibasibye guhuza ibibera isanzure n’imyemerere benshi bagiye batangaza amatariki isi izarangiriraho nyamara bikarangirira magambo gusa yanditswe tagetyahoocommuhaburarw
6technology
urukingo mbere malaria rugiye kugeragezwa
igerageza ryagutse mbere isi ry’urukingo malaria rigiye gukorerwa malawi abana bahabwa uru rukingo rubahe ubwirinzi bucagase bw’iyi ndwara uru rukingo rutoza ubwirinzi bw’umubiri kurwanya udukoko dutera malaria dukwirakwizwa n’imibu mbere yaho habayeho amagerageza mato yagaragaje kigero ijana abana hagati y’amezi bahawe uru rukingo rwabarinze kurwara malaria ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita buzima oms rivuga bihe malaria yiyongereye gihe hari hashize imyaka umuhate kuyihashya utanze umusaruro bbc dukesha nkuru itangaza imibare vuba iheruka rwego rw’isi igaragaza malaria itakigabanuka bigatera impungenge zuko ishobora kongera kwaduka buryo bukomeye hejuru ijana y’abayirwaye n’abantu ibihumbi yishe amuri afurika abana ibibasira by’umwihariko mu mwaka abantu miliyoni eshanu barwaye malaria malawi iki gihugu kenya ghana nibyo byatoranyijwe gukorerwamo igerageza ryagutse ry’uru rukingo imyaka irenga urukingo rukorwa ibi bihugu byatoranyijwe kuko bisanzwe binafite gahunda kurwanya malaria ariko kandi bigakomeza kugira umubare munini w’abayirwara kuva mwaka abashakashatsi kompanyi yitwa gsk bwongereza batangiye gukora kugerageza urukingo malaria kugeza rukaba rumaze gutwara agera miliyari y’amadolari y’amerika igerageza riheruka ryagenzuwe oms ivuga uru rukingo hari ikigero rurindaho abana ikigero ijana cy’imbaraga kurinda k’uru rukingo ntabwo kiri hejuru ugereranyije n’izindi nkingo ariko oms ivuga hiyongereyeho ingamba zisanzwe nk’inzitiramibu kurwanya imibu bizatanga umusaruro uru rukingo ruzajya rutangwa inshuro enye rimwe kwezi mezi atatu nshuro kane umwana aruhabwe hashize amezi iri geragezwa ryatangiriye malawi byumweru biri imbere bikaba biteganyijwe rikomereza kenya ghana biteganyijwe rizarangira mwaka
10religion
gitwaza yaguze urusengero miliyoni amerika
uru rusengero rwari rusanzwe urw’umuvugabutumwa ukomeye amerika witwa mike murdock yari asanzwe yararushyize isoko cyamunara nk’uko bigaragara mbuga internet amakuru avuga umushumba w’itorero zion temple aptre dr paul gitwaza yaje kumenya murdock kugurisha uru rusengero yuririra bushuti bafitanye amusaba yarugura kugira zion temple ariho izajya isengera dore hari amakuru avuga narwo rushobora kuba icyicaro gikuru cy’iri torero bivugwa gitwaza yasabye murdock kumudohorera akarumuhera mafaranga make yemera gukura agaciro karwo miliyoni z’amadolari yemera arwegukana nguzanyo miliyoni umunani z’amadolari izishyurwa gihe cy’imyaka itanu mu materaniro yabaye cyumweru leta zunze ubumwe amerika gitwaza yashimiye abakirisitu b’itorero rye amerika gihe cy’umwaka rimaze rihakorera yavuze gihe ryari rimaze kwimuka inshuro ebyiri ariko ubwa gatatu tuzabayo burundu’ aha niho yahereye ahishura iby’igurwa ry’urwo rusengero kandi uwabigizemo uruhare umubyeyi dr murdock yavuze murdock yabwiwe n’imana urwo rusengero akwiye kurureka ariko akaruha umuntu imana izamushyira mutima ati bamuhaye amafaranga miliyoni z’amadolari njye yarabimbwiye ngira inkuba zikubise matwi nagize ukwizera guke ariko nabisabiye imbabazi arambwira wowe ndumva nzu imana yambwiye nyiguhe anshyira mutego arambwira urampa angahe ndananirwa natashye ntavuze namubwiye nshobora kumuha mbere ariko sinayavuga hano kuko ateye isoni ariko nyuma ndabaza ngisha inama nandikira n’inshuti yanjye nti nakoze ishyano irambwira iti ntutinye murdock umubyeyi ngo yabajije nshuti ashobora kuba yakongera kuvuga yakwishyura imubwira yabikora kibazo ati turandika musaba yahaduhera miliyoni umunani umubyeyi ntiyanze abandi bamuhaye miliyoni akuraho miliyoni eshanu mwibaze gitwaza yavuze yabwiye murdock mafaranga afite ashobora kuba yakwishyura myaka itanu amubwira kibazo ati ndamubwira nti nanjye ngiye gukora imyaka itanu ntizagera yavuze abakirisitu zion temple n’imana aribo bazatuma bigerwaho bityo kuko bamaze igihe basembera bukode murdock witabiriye materaniro yemereye gitwaza azamufasha bikorwa gukusanya amafaranga agamije kwishyura deni muri masengesho abakirisitu bitanze ibihumbi by’amadolari urwo rusengero rufite buri kimwe cyose nkenerwa itorero nk’icyumba gusengeramo ibiro ibyumba bito kwigiramo n’iby’inama icyumba televiziyo n’ibindi zion temple yatangiye itariki nyakanga bigizwemo uruhare n’abantu inkuru wasoma aptre gitwaza yahishuye byinshi ubuhanuzi amadini ikiganiro gikomeye n’intumwa papa n’ibindi video amafoto agaragaza uru rusengero ruherereye denton leta dallas
12education
nkombo hatashywe ibyumba by’amashuri - amafoto
ababyeyi kagari kamagimbo murenge nkombo akarere rusizi bamaze imyaka igera bahangayitse kubera amashuri abana bigiragamo bahoranaga ubwoba ashobora kubagwaho igihe cyose byishimo byinshi nyuma gushyikirizwa ibyumba by’amashuri bubakiwe n’itorero ry’abangilikani rvpasiteri nyibigira michel uyobora paruwasi bugumira aka kagari gaherereyemo avuga ubuyobozi bw’uyu murenge bumaze kubona ikibazo cy’abana benshi b’inshuke bandagara hirya hino murenge batagana ishuri bukoresheje ubudehe bwubatse ibyumba bibiri by’imbaho myaka ishize bushyiramo bamwe bana bato batangira kwiga abana babaye benshi cyane kugeza icyumba kimwe cyigiragamo abana ikindi kirimo batagira intebe bicaraho kibaho n’ikindi kintu bagira bifashisha byumba byuzura umukungugu gihe cy’izuba ryinshi bagahorana impungenge bana bazarwara amavunja mvura bakabakuramo bakajya kubugamishabatekereza n’ibyo kubigisha byiciro birananirana ibi kandi abarangizaga mashuri bajyaga gutangira abanza ishuri mutagatifu irene riri bilometero birindwi uvuye ry’inshuke ryari riri bigatuma benshi bana barangaga kujya kwiga n’abagiye bamwe bagata ishuri abandi bagasiba buri gihe kubera urugendo rurerure bakoragaubuyobozi bw’itorero angilikani buza gusanga bana bakwiye amashuri meza yabobubigeza bafatanyabikorwa b’abanyamerikauyu munsi baturage bakaba bujurijwe ibyumba by’amashuri n’ibindi by’ubwiherero birangiye bitwaye arenga z’amanyarwanda nyiransabimana jeannette umwe babyeyi bahoranaga mpungenge yagize twishimiye guhabwa mashuri abana bagiye kujya biga bisanzuye banigira ahantu hasukuye abarangije ay’inshuke bahakomereze abanza batagiye gukora urundi rugendo rurerure tunashobore kubakurikirana byose tukaba tubikesha imiyoborere myiza iha agaciro n’umwana nkombokuko bayaduhaye akurikira abana bacu bagera murenge wose bafashwa n’imishinga iterwa inkunga compassion international bigafasha abana b’abakene kwiga n’indi mibereho nk’abandi gihugu’’ musenyeri dr laurent mbanda umwepisikopi mukuru w’itorero angilikani rwanda wafunguye mugaragaro byumba by’amashuri yavuze nyuma kubaha amashuriigikoma cy’abana n’ibindi babahairi torero rigiye kureba ryanaharanira kuzamura ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi kirwa ati nahageze nahabonye nabonye bagikeneye kuzamura imibereho ishingiye buhinzi n’ubworozi bihereye myumvireiki tukaba tugiye kugishyira mo imbaraga tuhashakira abapasiteri bashobora guhindura imibereho y’abaturage buryo burambyeibindi ubuvugizi kandi byose bizashoboka’’ ku bindi bibazo baturage bagaragaza nko kuba shuri ritangiye hibazwa uzajya ahemba abarimu kuba vuriro bagira bibuga by’imikino bana bagira n’ibindi byinshi biri aka gaceumuyobozi w’aka karere kayumba ephrem yavuze bagiye gushaka uburyo kubikemura aka karere karacyafite ikibazo cy’ibyumba by’amashuri birenga bishaje cyane meya kayumba ephrem akavuga mwaka hatangiye gusanwa ibigera umuyobozi compassion international rwego rw’igihugu john nkubana akaba yijeje baturage gukomeza kwita bana bafasha batishoboye caption idattachment alignalignnone width ababyeyi bavuga mashuri bazayabungabunga kuko aje bayakeneye cyanecaption caption idattachment alignalignnone width abaturage nkombo bishimiye nyuma y’ibindi byose bahawe leta bungutse n’andi mashuri agezweho y’abana babocaption caption idattachment alignalignnone width ababyeyi bishimiye guhabwa amashuri meza abana bagiye kwigiramocaption caption idattachment alignalignnone width musenyeri dr laurent mbanda umwepisikopi mukuru w’abangilikani rwanda iburyo meya rusizi kayumba ephrem n’abafatanyabiikorwa bafungura mashuri mugaragarocaption caption idattachment alignalignnone width bamwe babbyeyi bavuga bashimishijwe kuba abana bavuye mashuri yubakishije imbaho atabaguyehocaption
4entertainment
imyitwarire tyga n’umukunzi kylie jenner ikomeje kuvugisha benshi
ku myaka umuhanzi ukora umuziki njyana hip hop hariya mugabane w’amerika uzwi izina tyga n’umukunzi kylie jenner w’imyaka bakomeje gutungura benshi uburyo bitwara rukundo mu mpera z’iki cyumweru bombi bagaragaye mujyi new york bitabiriye ibirori gusoza icyumweru cyahariwe imideli fashion week muhanzi tyga n’umukunzi bagerageza kugaragaza urukundo rwabo ahantu hose kwikanga abababona cyangwa ababavuga doreko kylie jenner yamaze kuzuza imyaka imwemerera kuba yakora ibikorwa byose yumva akeneye hariya leta zunze ubumwe amerika tyga n’umukunzi kylie jenner kuri mukobwa ukomoka muryango umwe kim kardashian akaba murumuna yashyize video kurukuta rwe tweeter arimo gusomana n’uyu mukunzi tyga kuburyo benshi kugenda babona video batari kuvuga rumwe uru rukundo rw’aba bombi cyane bamwe kwemeza bikomeje gutya bidashobora kurenga umutaru ibyabo amwe magambo kylie jenner umukobwa ukiri mutoya agenda asubiza inshuti ze ababwira tyga umuntu yishimira kandi yamweretse urukundo mbere haose akiri umwana ninayo mpamvu yumva batazatandukana yanditswe akayezu snappymuhaburarw
1sport
amavubi yakiranywe urugwiro n’ abarimo ambasaderi tumukunde ethiopia amafoto
ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru rwanda yaraye igeze i addis ababa ethiopia igomba gukina n’ikipe y’igihugu ethiopia mukino gushaka tike y’igikombe chan ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru rwanda yaraye igeze i addis ababa ethiopia igomba gukina n’ikipe y’igihugu ethiopia mukino gushaka tike y’igikombe chan mu ijoro ryo nzeri nibwo amavubi yageze ethiopia yakirwa n’ abanyarwanda babayo barimo abanyeshuri bigayo n’ ambasaderi w’ u rwanda ethiopia tumukunde hope abasore b’ amavubi kwitwara neza kibuga minsi baraye hoteli y’ ikibuga cy’ indege addis ababa gitondo nzeri babyuka berekeza mujyi mekele umukino uzabera tariki nzeri aba bakinnyi berekeje ethiopia nyuma kumara imikino itatu ikurikiranye badatsindwa ibintu biri biri gutuma abanyarwanda babagirira icyizere cyane
10religion
nyuma gupfusha abana babiri bahiriye munzu hakozwe igikorwa kumuremera banamuhoza amarira amafoto
kuri cyumweru tariki nyakanga nibwo itorero adepr kicukiro shelli habaye igiterane cy’ivugabutumwa kigamije gufasha umubyeyi wahuye n’ishyano ryo gupfusha abana babiri bahiriye munzu yagiye masengesho mu ijoro ryo kabiri rishyira gatatu tariki gicurasi nibwo kampire yagize ibyago bikomeyeubwo inzu yafatwaga n’ inkongi y’ umuriro igakongoka ikaza gutwara ubuzima bw’ abana babiri ubwo yiteguraga kujya gusengaku mugoroba wokwita kabiri kampire bakundaga mama eric yateguriye ibyangombwa byose abana nk’uko asanzwe abigenza hanyuma arabasiga ajya gusenga hashize amasaha make ageze yasengeraga nibwo yahamagawe telefoni bamubwira inzu acumbitsemo gushya bivugwa abagerageje gutabara bazimije bikanga dore nzu itari yubatse nk’ inzu zisanzwe kuko akazu gato kagayitse kubakishijwe amabati amaze guhuruzwa yihutiye kuhagera asanga inzu yakongotse ndetse n’abana bahiramogusa ako kanya ubutabazi bw’ ibanze bwarahageze bukuramo abana bajyanwa muganga intere bakigezwa muganga umwana w’ umuhererezi witwa uwamahoro olive w’ imyaka y’ amavuko yahise yitaba imana musaza nzabonimana eric w’ imyaka akomeza kurwana n’ ubuzima ariko nako abaganga bagerageza kumutabara murukerera ukuvuga kane tariki gicurasi nibwo ubuzima bwananiye eric ahita yitaba imana caption idattachment alignalignnone width abayobozi b’itorero adepr baje gushyigikira mukirisitu caption bitewe n’uko mubyeyi bushobozi cyangwa umuryango uzwi afiteubuyobozi bw’itorero bufatanije n’ abakirisitu bariyegeranyije bamufasha gushyingura banaumuhango gushyingura wabaye iminsi ibiri ikurikirana nyuma buri rupfu irimbi ryo busanza karere kanombe kampire violette ataragwirwa n’ibyago asanzwe atuye karere kicukiro murenge niboye kagali nyakabanda akaba urugingo rw’ itorero adepr mudugudu nyakabanda paruwasi kicukiro kampire ubu abayeho ate ubwo umuhango gushyingura nyakwigendera urangiye handi kampire afite yerekeza mwambaro mafunguro epfo ruguru byabaye ngombwa ubuyobozi paruwasi bwicara bukamushakira uwaba amucumbikiye kumukorera isanamutima caunseling busaba umwe bayobozi b’ umudugudu kicukiro evangeliste adda darlene kiyange akaba umudamu pasiteri desire habyarimana yaba amucumbikiye niho kugeza acumbikiweari afashirizwa kongera kugarura icyizere cy’ ubuzima gusubizwamo ibyiringiro by’ umuzuko paruwasi kandi yakomeje gukora ibishoboka byose iramufasha iramusura nk’itorero urwo rwego natwe urubyiruko rw’ umudugudu kicukiro nkuko intego yacu ibivuga turi urubyiruko imbaraga zacu imbaraga z’itorero n’igihugu twiyemeje kumushakira ubufasha mu kiganiro n’itangazamakuru joselyne ingabire wagize uruhare runini gutegura gikorwa yadutangarije bishimiye umusaruro wavuye mur’iki giterane anashimira abitanze bashoboye mubyeyi abashe m’ubuzima guheranwa n’agahinda abajijwe giterane cyateguwe n’impamvu yacyo yasubije magambo nyuma kwicara nk’ urubyiruko rw’itorero adepr mudugudu kicukiro twasanze bidakwiye urugingo rw’ itorero ryacu rwakomeza kwiheba tubona ngombwa yaremerwa akava bwigungeakongera kubona umucyo bugingo n’ ubuzima bwe by’ umwihariko joselyne ingabire yakomeje twatekereje ndetse twifuza kubatumira kuko twari twizeye umwe bashobora kumva kibazo vuba dufatanyirize hamwe kugira uruhare gikorwa cy’ imirimo myiza y’ abana b’imana dore nacyo kimenyetso cy’ itorero ry’ ukuri joselyne ingabire asobanura icyifuzo uru rubyiruko ahagarariye rufite yagize dufite icyifuzo gushakira kampire violette icumbi byibura ry’ umwaka umwe ndetse n’ igishoro giciriritse atangire ashakishe ubuzima bityo bizamurinde kwikorera amaboko gusabiriza umuhisi n’umugenzi dore asanzwe umuntu utarangwa n’ubunebwe twamumenya yakuraga imbaraga gutunga abana akanabarihira ishuri n’ibindi byose umubyeyi agomba umwana nyuma yuko gikorwa gikozwe hagakusanywa amafaranga y’u rwanda angana abaraho batanze igitekerezo gukomeza gukusanya ubushobozi kugirango kampire violette azave m’ubuzima gukodesha icumbi ahubwo agurirwe inzu kubamo caption idattachment alignalignnone width mutuyemariya christine umwe bayobozi adepr bakomeye kumwe n’umubyeyi wagize ibyago caption
10religion
ibyishimo bisendereye imbyino zidasanzwe byaranze igitaramo cy’amateka alarm ministries - amafoto
ku mugoroba cyumweru tariki ugushyingo alarm ministries bufatanye n’umuryango bibiliya bible society of rwanda bakoze igitaramo kidasanzwe cyitabiriye n’abaririmbyi ndetse n’amakorali akomeye cyaranzwe n’ubwitabire rwego hejuru imbyino zidasanzwe abacyitabiriye batahanye ibyishimo bisendereye ku mugoroba cyumweru tariki ugushyingo alarm ministries bufatanye n’umuryango bibiliya bible society of rwanda bakoze igitaramo kidasanzwe cyitabiriye n’abaririmbyi ndetse n’amakorali akomeye cyaranzwe n’ubwitabire rwego hejuru imbyino zidasanzwe abacyitabiriye batahanye ibyishimo bisendereye mu gitaramo cy’agatangaza alarm ministries yakoreye dove hotel yafatanyije n’amakorali akunzwe cyane ambassadors of christ shalom choir adepr nyarugenge itsinda healing abaririmbyi baririmba giti cyabo simon kabera israel mbonyi bashimishije byimbitse abitabiriye gitaramo cyiswe the bible is the source of melody concert cyari gifite intego gushishikariza abakirisitu gukunda bibiliya iki igitaramo cyamaze amasaha agera atandatu abaririmbye banyuze abitabiriye igitaramodore abageraga ruhimbi basozaga abantu bakigaragaza bakibashaka ahagana saa cyenda n’iminota nibwo gitaramo cyatangijwe abaririmbyi healing worship team babimburira abandi ndirimbo zahagurukije abantu nta misozi nguwe neza abaririmbyi babyinaga bidasanzwe healing worship team yakorewe ngata shalom choir yasusurukije abantu buryo budasanzwe ndirimbo zabo zibyinitse zumvikanagamo amajwi meza y’inkumi n’abasore bagize korali alarm ministries itegerrejwe benshi yaserutse masaha saa kumi n’iminota myambarirre inogeye ijisho abantu barahaguruka bayiha icyubahiro aba baririmbyi bamaze kwigarurira imitima benshi kuberra imiririmbire irangwa kwirekura bakava hasi bagacinya akadiho batangiranye n’indirimbo ihuye neza n’insanganyamatsiko y’igitaramo yitwa soma bibiliya’ yakoze benshi mutima kubera injyana yayo n’amagambo meza ayigize bakomereje zindi ndirimbo zikunzwe cyane abantu bafatikanya nabo kucinya akadiho bikoza birere bigaragara batangiye gushirra inyota bafitiye gitaramo alarm ministries yahawe akanya kuruhuka imaze kuririmba indirrimbo bakorerwa ngata ambassadors of christ makorali aza mwanya mbere kwigarurira imitima benshi rwanda hanze yarwo ambassadors of christ yarirrimbye indirimbo zigera enye zirimo soma bibiliya’ bageze yitwa hoziana abantu bongera gufatwa n’amarangamutima bahagurukira rimwe n’amashyi y’urufaya bafasha abaririmbyi kuyiririmba umwe bagize ambassador’s of christ choir yashimye abateguye gitaramo avuga ibikorwa byose bishingiye bibliya bityo ikwiye kubahwa buri wese alarm ministries yongeye guhabwa umwanya igaruka ruhimbiigaruka ndirimbo z’igiswahili zirimo n’iyitwa songa mbere’ yakunzwe n’abatari bacye abantu bongera kuzura imbaraga bacinya akadiho nyabyo ku isaha saa moya n’iminota nibwo umuramyi simon kabera yakiriwe ruhimbi yibutsa abantu indirrimbo ze zakunzwe n’abatari bacye zongera kubakora mutima bahagurukira rimwe bamufasha kuramya yaririmbye indirimbo zigera arizo ukwiye amashimwe mfashe inanga hari inshuti munsi yawo simon kabera yakiriwe israel mbonyi wakiranwe ubwuzu n’imbaga y’abitabiriye gitaramo israel mbonyi umenyerewe kuririmba anicurangira guitar yahereye ndirimbo yitwa ’ibihe’ akomereza yitwa ’intashyo’ n’izindi byagaragaraga zagendaga zikora mitima benshi iki gitaramo cyanditse amateka cyitabiriwe n’abashumba ndetse n’abayobozi b’amatorero atandukanye barimo umushumba mukuru w’itorero foursquare gospel church rwanda bishop dr fidle masengo pastor sebagabo christophe calvary revival church bishop rugagi innocent umushumba mukuru w’itorero redeemed gospel church rwanda n’abandi cyitabirriwe kandi n’abaramyi banyuranye baje gushyigikira bagenzi barimo patient bizimana aime uwimana serge iyamuremye n’abandi healing worship team yabimburiye abandi ruhimbi ishyira abantu mwuka shalom choir adepr nyarugenge yashyimishije abitabiriye gitaramo ambassadors of christ yishimiwe bikomeye bageze hoziana abantu barafashwa cyane israel mbonyi aime uwimana aimable twahirwa iki gitaramo cyakoze mitima benshi bataha banyuzwe umunyamakuru bibio mc israel mbonyi yaririmbaga anicurangira guitar simon kabera yashimishije imbaga y’abitabiriye gitarramo imbyino zidasanzwe nizo zaranze abaririmbyi alarm iki gitaramo ntikizava mitima y’abacyitabiriye alarm yaserutse myambaro ibereye ijisho bahaye abantu ibyishimo bisendereye
0politics
abashoferi b’abanyamahanga bashima bakirwa bageze rwanda
francis cuwa umunyatanzaniya akaba atwara igikamyo cyikorera amavuta kiyakura tanzaniya kikayajyana repuburika iharanira demokarasi kongo avuga amaze kuza rwanda inshuro icumi kandi buri gihe aje yumva yisanga nk’ugiye iwabo yagize iyo nkinjira rwanda numva nisanzuye kibazo nkinjira kugeza nsohotse francis atangazwa n’uburyo abanyarwanda bamwereka urugwiro bakanamwakirana umutima mwiza muturage kugera bashinzwe umutekano yemeza atari yigera abangamirwa n’umuntu wese rwanda john chumbe ubwa mbere ageze rwanda kongo ariko ntiyatinze kubona abaturage b’ibihugu byombi batandukanye bijyanye kwakira abanyamahanga urugero chumbe atanga uburyo abashinzwe umutekano rwanda batarya ruswa avuga binjiraga rwanda umupolisi muhanda yabasabye guhagarara baranga babonye abakurikiye babona guhagarara ndetse bashaka muha ruswa arayanga yagize njyewe narumiwe kuko iwacu tanzaniya ntabwo kwanga amafaranga twari tubahaye jacques furaha
3health
saka baka bluez yakoze indirimbo irikuvugisha benshi yahurije hamwe abahanzi mozambiquevideo
umuhanzi w’umunyarwanda saka baka bluez yakoze indirimbo kuvugisha abatari bake kumbugankoranyambaga uyu muhanzi ukomoka rwanda asigaye mozambique yanahurije hamwe abahanzi gihugu bagakorana indirimbo irigukundwa benshi mukiganiro sakabaka yagiranye n’ikinyamakuru ibyamamarecom yatubwiyeko ndirimbo muzikunzwe mozambique yakozwe n’aba producer babiri harimo mozambique witwa master flash wafashe amajwi barick rwanda watunganyije beatumudiho amashusho yafashwe nando muteto sakabaka yaduhamirijeko amashusho y’iyi ndirimbo arikurwego hejuru kuko yafashwe n’ibyuma bigezweho bifata amashusho mukireredrone iyi ndirimbo bahanzi bise rap de luxo amashusho yayo yafatiwe kirwa bita ponta do ourogiherereye majyepfo mozambique rap de luxo bisobanuye rapu irikurundi rwego ururimi rw’igiporutigari gikoreshwa cyane gihugu abahanzi bumvikana ndirimbo umunyarwanda sakabaka hamwe n’itsinda r bulla musik umuhanzi ukomeye witwa kico da kivu boi wax ndoreko boi wax kanda hano wumve ndirimbo saka baka bluez umwe mubahanzi bavuye rwanda bakunzwe munjyana hip hopyakoranye n’abahanzi bazwi barimo joddy phibi pacson p-fla umugabo wubatse afite umugore n’umwana yanakoze indirimbo yitiriye mwana yise niyo afatanyije kico da kivu saka baka bluez yakoreye nzu itunganya umuziki yamamaye cyane hano rwanda bmcg yayoborwaga n’umugabo witwa barick