label
class label
14 classes
title
stringlengths
7
150
content
stringlengths
3
67.3k
1sport
mafisango arashaka gukinira rayon sport bokota yanayikozemo imyitozo
mafiango wanakinnye rwanda apr fc atracofc mbere kwerekeza tanzania ikipe azam fc yavuye akerekeza simba arimo gukinira avuga azarangiza amasezerano n’iyi kipe kwezi cumi n’abiri kandi ibiganiro bye rayon sport bigenze neza yiteguye kuza kuyikinira kwezi mbere mafisango naramuka aje rayon sport ashobora kuzahasanga bokota lama kuko nk’uko twari twabatangarije agomba kugera rwanda minsi mike yamaze kugera i kigali akaba yanakoze imyitozo rayon sport kabiri rayon sport izanye bokota asimbure faustin usengimana ugomba kwerekeza ikipe y’abatarengeje imyaka izakina shampiyona cyiciro mbere nyuma guhabwa uburenganzira n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru rwanda ferwafa gushaka uzamusimbura gusa n’ubwo yatangiye imyitozo ntaremererwa ferwafa gukinira rayon sport kuko itarabona igisubizo kibemerera gusinyisha musore wakinaga darling club motema pembe dcmp congo ariko shampiyona yaho ikaba izasozwa cyumweru jean marie ntagwabira umutoza rayon sport avuga abonye bokota mafisango byafasha ikipe kuko azi ubuhanga bwabo ntagwabira afite icyizere mafisango azaza rayon kuko wanafashe iya mbere asaba yaza gukinira kipe nyuma gutsindwa la jeunesse ibitego rayon sport yatangiye gutegura umukino uzayihuza mukeba wayo apr fc ntagwabira akaba avuga n’ikipe bicaye bakareba amakosa yakozwe n’uko bagomba kuyakosora kugira bazatsinda umukino cyumweruimikono yarangiye yararangiye abakinnyi gutsindwa twamaze kubibavanamo ubu byaba ubuyobozi abakinnyi n’abatoza dushyize imbere umukino apr ku munsi kane shampiyona apr irarusha amanota atatu rayon sport ikaba mwanya mbere n’amanota gihe rayon sport mwanya gatatu n’amanota thoneste nisingizwe
1sport
rwanda amakipe y’ibikomerezwa akomeje gukorwa mboni y’ijisho
ruhago y’amakipe y’u rwanda ikomeje kuba amayobera nyuma y’uko amakipe yarasanzwe azwiho kuba ibihangange kunyeganyeza inshundura none akaba amaze gucibwa amazi n’amakipe yarasanzwe atinya guhuriza intoki mbehe nyuma y’uko ikipe iherutse guhabwa isomo ruhago ndetse rayon sport ubusanzwe iza mwanya mbere kugira abafana gukubitwa bidasubirwa n’amakipe akunda gusuzugurwa gihe agaragaye rutonde rw’uko azahura n’aya makipe amenyereweho yubatse izina kuba makipe gukubitwa n’ayitwa ay’utwana abafana bayo kubifata nk’agasuzuro gaturuka batoza ndetse kwirara kw’abakinnyikalisa jean claude umufana apr fc avuga gutsindwa mukura busa igisebo gikabije kandi giterwa n’abatoza ati wambwira ute ukuntu ikipe itaturasha amafaranga yadutsinda koko njye mfite ububasha nabashyira hasi nkabakosoza umunyafu kuko ukwirara gukabije kudukoza isoni kuri mufana agereranya ikipe kera habayeyo kuko hari igihe yagize sigise n’umuntu yavuga afana apr akumva afite ishema ariko none umuntu abivuga abeberarushugunu tresor aganira muhaburarw yavuze gukubitwa rayon agakipe as kigali agauzuguro gakabije cyakora icyaha agishyira kubayobozi b’ikipe harimo n’umutoza uyu mufana rayon agira ibaze ukuntu badutsindiye kukibuga cyacu i muhanga ni agahoma mumunwa n’izina ry’imana aya makipe atungwa agatoki gushyira kwibere ubuswa n’aho yinyaye isuzu atsinda yiyushye icyuya dore nk’aho apr iherutse gutsinda entincelles fc biyigoye bakiniraga i rubavu nabwo ikora izamu inshuro gusauretse kuba makipe afite amafaranga n’abafana benshi anafite n’abafana b’icyubahiro benshe byumwihariko apr fc ibaze kugira avayobozi bakuru b’ingabo nyuma igatuma bataha bimyoza bitewe gutsindwagutsindwa kw’aya makipe akunda gusohoka mikino ahagarariye u rwanda bikwiye kwiganwaho ubushishozi kuko akwiye gushyirwamo imbaraga kugira akomere bityo ajye azana intsinzi bityo u rwanda rwambare umwambaro w’isheman’ubwo umusaruro apr rayon wakendereye noneho uw’ikipe y’igihugu agahoma munwa minisiteri ifite sport mushingano ibibona ikubura icy’ikora cyangwa yaratereye agati ryinyo abafana bavuga ntawamenya ikibyihishe inyuma yanditswe eddie mmuhaburarw
2economy
u rwanda rwiyemeje kuzamura ubwikorezi bw’indege
nzahabwanimana yafunguraga inama y’iminsi ibiri mugaragaro yiga bijyanye n’ubwikorezi gucunga umutekano ndege yagize guverinoma yihaye intego kwita bwikozi bw’indege kandi izakomeza gukorana n’abafatanyabikorwa kuzamura imikorere y’uru rwego iyi nama kubera i kigali yatangiye kuwa mbere tariki ukwakira yitabiriwe n’abakozi bakora nzego zijyanye n’ubwikorezi bw’indege rwanda yateguwe n’urwego mpuzamahanga ry’indege gisivile ruhuza ibihugu afurika nyanja y’abahinde icao-afi bufatanye leta y’u rwanda nzahabwanimana yavuze ubwikorezi bw’indege ingenzi gihugu nk’u rwanda kidakora nyanja yibukije u rwanda igihugu kigendwa naba mukerarugendo benshi kandi ubukerarugendo bukaba butanga umusanzu kuzamura ubukungu bw’igihugu kugeza mukerarugendo barenga bakoresha ikirere kuza gihugu bukerarugendo mu rwanda hakorera ibigo bitandukanye bikora ubwikorezi kirere nk’ikigo cy’u rwanda gutwara abantu n’ibintu ndege rwandair ndetse hakorera n’ibigo bitwara abantu n’ibintu kirere klm brussels airlinesmu mpera z’uku kwezi kanama rwandair yazanye mbere mugabane w’afurika indege mbere zihanitse bwoko boeing - umunyamakuru kigali today
2economy
sacco mayange intangarugero karere bugesera
ibi umuyobozi w’akarere akaba yarabitangaje kuwa kabiri tariki ukwakira nyuma gusoza amahugurwa y’abakozi sacco y’umurenge mayange ati sacco z’iyindi mirenge zikwiye kwigira kugira nazo zibashe kwiteza imbere nako ziteza imbere abazigana iyi koperative kubitsa kuguriza y’umurenge mayange niyo abaturage bahanze amaso kuko izabafasha kugira imbere hazaza heza kubafasha kugera majyambere arambye umuyobozi sacco mayange habinshuti aimable atangaza batazategereza imyaka itatu y’ikigo cy’igihugu gishinzwe amakorative rwanda cooperative agency rca bahawe kugira babashe kwiyubaka yagize turasaba abakozi bacu bahabwa amahugurwa nk’aya ahoraho cyane cyane ibijyanye n’ikoranabuhanga kugira babashe gucunga neza umutungo w’abanyamuryango bacu sacco mayange ifite abanyamuryango bagera matsinda bafite ubwizigame bugera mafaranga miliyoni ndetse n’amakonte akora neza umukozi banki nkuru y’igihugu bnr nsabimana gerard yemereye abakozi b’iyo sacco amahugurwa ahoraraho cyane cyane mucungamari n’ushinzwe inguzanyo aya mahugurwa akaba yaramaze iminsi ibiri akaba yarateguwe millennium villages project mvp bufatanye banki nkuru y’igihugu bnr n’ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative rca umurenge sacco watangijwe rwanda mugaragaro kwezi k’ukwakira mwaka gihugu hose kuva koperative kubitsa kugurizanya zitangiye izigera zimaze kubona ibyangombwa banki nkuru y’igihugu bizemerera gutanga inguzanyo nk’uko bisabwa zigomba kuba zifite umutungo miliyoni nibura iyo ugeze turere dutandukanye tw’igihugu usanga abaturage benshi bamaze gusobanukirwa ibijyanye kwizigamira ubushakashatsi bwakozwe minisiteri y’imari n’igenemigambi mwaka bugaragaza gusa by’abanyarwanda aribo bakorana n’ibigo by’imari badakorana nabyo gihe abagera aribo bazigama amafaranga buryo gakondo nk’ibimina n’ibindi egide kayiranga
4entertainment
karongi studio zarizafatiriwe ibikoresho zabisubijwe
nyuma y’uko abatanze ikirego basanze hari ibihangano byabo biri mudasobwa zabo nyiri ibikoresho baciwe amande nk’uko bitangazwa n’umukozi w’imwe studio utashatse kwivuga izina abari baratanze ikirego happiness game films bavuze bazasangana ibihangano byabo bazamuca amande y’amafaranga ibihumbi happiness game films bamaze icyumweru iperereza ry’amastudio atubura akanacuruza film zabo azivana dvd akazishyira vcd zimwe film bavuga zatubuwe ishyari ishyano umubyeyi gito iyo mbimenya gasana marcellin
1sport
fc barcelona yirukanye valverde izana mushya
nubwo mwanya mbere shampiyona la ligaumutoza ernesto valverde yirukanwe fc barcelona nyuma y’iminsi ishize atwitwara neza marushanwa atandukanye arimo super cup baherutse gutsindwamo atletico madrid ernesto valverde umaze imyaka n’igice atoza fc barcelona yirukanwe ijoro ryo kabiri azira umusaruro mubi ahita asimbuzwa uwitwa quique setien wigeze gutoza real betis nubwa mbere myaka ikipe fc barcelona yirukanye umutoza mwaka w’imikino hagatiuyu setien wahawe akazi gutoza barcelona n’umugabo w’imyaka washakwaga watford ukuboza umwaka ushize fc barcelona yatangaje yifuza gushimira valverde kubera umuhati ndetse gukunda akazi byamuranze kipe ibinyujije twitterfc barcelona yagize iti twemeranyije ernesto valverde gusesa amasezerano nk’umutoza mukuruwarakoze buri kimwe ernestoamahirwe masa gihe kizaza mu minsi ishizevalverde yavugirijwe induru n’abafana nyuma gusezererwa atletico madrid super cup bituma benshi bavuga akazi ke kari mazi abira valverde w’imyaka yagombaga gusimbuzwa xavi cyangwa mauricio pochettino gusa byarangiye setien ariwe uhawe akaziuyu mutoza arerekwa abafana kabiri yahawe amasezerano y’imyaka n’igice
0politics
madamu jeannette kagame asanga abayobozi bakoresheje neza imitekerereze ndi umunyarwanda byazamura ikizere bagirirwa n’abo
umuyobozi mukuru unity club intwararumuri madamu jeannette kagame yavuze abayobozi bakunze bayoborabakicisha bugufi ndetse bagakoresha neza imitekerereze ndi umunyarwanda byazamura ikizere bagirirwa n’abo bayobora umufasha perezida yabivuze butumwa yatanze munsi kabiri w’ihuriro ngarukamwaka unity club intwararumuri haganirwa nsanganyamatsiko igira iti ndi umunyarwanda igitekerezo - ngenga cyukubaho kwacu madamu jeannette kagame yavuze abayobozi baramutse bubashye abaturage ndetse bakubahiriza ndi umunyarwanda ivuze byazamura ikizere babagirira atigukunda abaturage kugira ikinyabupfura kwicisha bugufi gutekereza kure kugira ubusugire ubukungu n’agaciro by’u rwanda bikomeze gushimangirwa imitekerereze ndi umunyarwanda tuyikoresheje dushyira bikorwa gahunda z’iterambere imibereho myiza y’abaturage n’imiyoborere byadufasha kuzamura icyizere abaturage batugirira nk’abayobozi
1sport
basketball zone u rwanda rwegukanye igikombe bahungu
nyuma gutsinda kenya amanota mukino mbere wabaye gatandatu icyi cyumweru ikipe y’u rwanda yaje yakosoye amakosa bigaragara ishaka gutsinda amanota menshi mukino ikipe y’u rwanda yagaragaje ubuhanga n’imbaraga yashimishije abafana bayo benshi agace mbere k’umukino karangira manota kenya agace kabiri karangiye u rwanda rufite amanota kenya agace gatatu u rwanda rwari rufite amanota kenya agace kane u rwanda rwiharira umukino cyane kuko rwatsinze amanota kenya bituma umukino urangira u rwanda rutsinze kenya amanota muri ntsinzi iremereye u rwanda rwafashijwe cyane olivier shyaka watsinze amanota muhammed rafiki watsinze ngenzi watsinze amanota mukino nyuma gukora igiteranyo cy’imikino yombi cyagaragazaga u rwanda rwarushije cyane kenya ikipe y’u rwanda yahise ihabwa igikombe minisitiri siporo n’umuco protais mitali abashimira babashije kubona itike kuzajya gikombe afurika kizatangita tariki mozambique ku ruhande rw’abakobwa ikipe kenya yegukanye igikombe rushwanwa ryitabiriwe n’ibihugu bibiri ku mukino nyuma ikipe y’u rwanda yakinishije imbaraga nyinshi cyane kurenza yakinnye umukino mbere nyuma gutsindwa umukino mbere amanota y’u rwanda ikipe kenya yongereye imbaraga itsinda iy’u rwanda mukino nyuma amanota igiteranyo cy’imikino yombi cyagarageje kenya iza imbere ihabwa igikombe cyatumye izahagararira aka karere gikombe afurika kizabera senegal kwezi gutaha theoneste nisingizwe
2economy
nyagatare guverineri w’uburasirazuba yasuye uruganda rw’amakaro ruzakorera
guverineri odette yatemberejwe urwo ruganda bamwereka imirimo kurwubaka igeze ndetse banamwereka urutare bazakuraho amabuye gukoramo makaro ukuriye imirimo kubaka urwo ruganda igr rwizinkindi dominique avuga bakoze iyigo babifashijwemo sosiyete y’abashinwa basanze amabuye y’urwo rutare azavamo amakaro meza itegura mbere ryakozwe mabuye y’urwo rutare ryakorewe bushinwa inzu urwo ruganda ruzakoreramo imaze kuzura ndetse n’imashini azifashishwa mirimo gukora amakaro zamaze kugeramo igr rwizinkindi dominique avuga imirimo igenda neza kandi bakaba bateganya rugomba kuba rwatangiye gusohora amategura mbere bitarenze mutarama umwaka utaha igr rwinkindi yavuze amakaro bazakora bazayatangira giciro kibereye abanyarwanda amakaro azakorwa azakorwa mabuye granite gihe abanyarwanda bamenyereye yabumbwe cyakora abanyarwanda bashobora kutayagura kuko granite ahenda ugereranyije n’amabumbano igr rwizinkindi yamaze impungenge guverineri n’abandi bayobozi b’intara bazanye avuga bazagerageza kuyatanga giciro kitagoye abanyarwanda uru ruganda rw’amategura ruzajya kuzura rutwaye amafaranga asanga amadorari y’amerika miliyoni icumi rukazaba rufite ubushobozi gukora amakaro yasasa hagati metero kare n’ munsi ruzaba rufite ubushobozi gutanga akazi bakozi basaga igihumbi uretse nyagatare amabuye y’intare ziri karere karongi ashobora kuvamo makaro bakaba basanga kibazo cy’amabuye uruganda ruzagira niyonzima oswald
2economy
imiryango nyabihu yahawe inka kuyifasha kwikura bukene
izo zatanzwe tariki gahunda girinka munyarwanda zitangirwa murenge jenda abahawe baturuka mirenge itatu karere nyabihu bigogwe mukamira jenda masengesho ziripa umwe bahawe inka unafite n’umwana w’imfubyi arera avuga babayeho buzima bubagoye ariko inka babonye izabafasha kuzamura imibereho myiza ibaha ifumbire n’amata veterineri w’akarere nyabihu shingiro eugene yashishikarije abahawe inka kurushaho kuzitaho kuzifata neza buryo bwose bazimenyera zikenera byose zitange umusaruro mwiza yongeyeho nibazitaho nabo bazabona umusaruro wabyo bidatinze kuko bizabazamura mibereho majyambere y’ingo zabo shingiro yabasezeranije azabafasha kwita buzima bwazo hirindwa hari inka yagira ikibazo aricyo cyose gahunda girinka yatangijwe perezida republika y’u rwanda paul kagame mwaka rwego gufasha abanyarwanda kwikura bukene kuzamura imibereho bagana kw’iterambere rirambye ndetse banazamura umusaruro w’ubuhinzi bakoresheje ifumbire bahabwa n’izo bahabwa kugeza benshi banyarwanda b’abakene turere twose tw’igihugu bamaze kugezwaho inka babikesha gahunda girinka safari viateur
2economy
u rwanda n’u burusiya bashyize umukono masezerano y’ubufatanye by’ubucukuzi amafoto
u rwanda n’u burusiya gatatu byasinye amasezerano y’ubufatanye by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro peteroli gaz akubiyemo ubufatanye bushakashatsi gutanga ibikoresho byifashishwa mirimo aya masezerano yasinyiwe i sochi burusiya gatatu asinywa n’umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe mine peteroli gaz rwanda francis gatare n’umuyobozi w’ikigo gishinzwe umutungo kamere munsi y’ubutaka burusiya sergey gorkov ibihugu byombi byiyemeje guteza imbere ubufatanye leta n’abikorera bushakashatsi gaz kiyaga kivu gusesengura amakuru yabonetse francis gatare yavuze masezerano agamije kongera ishoramari ry’abarusiya bijyanye n’ubucukuzi rwanda ati aya masezerano agamije guteza imbere ishoramari ryo burusiya bijyanye n’ubucukuzi rwanda ibya peteroli gaz kubera ubunararibonye bw’u burusiya mpungenge masezerano azabyara umusaruro mu masezerano harimo impande zombi zizarebera hamwe amahirwe mashya gushakisha umutungo kamere gaz biri kiyaga kivu ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro laboratwari bucukuzi peteroli gutanga amahugurwa bijyanye n’ubucukuzi n’ibindi muri masezerano kandi harimo uburyo u burusiya buzafasha u rwanda kubona ibikoresho bigezweho by’ubucukuzi gutanga ubufasha tekiniki amahugurwa porogaramu z’ikoranabuhanga zigezweho bucukuzi chief editormuhaburarw
2economy
hadutse indwara y’imyumbati ishobora kuba icyorezo fao
ishami y’umuryango w’abibumbye ryita biribwa ndetse n’ubuhinzifao rivuga indwara yitwa cassava brown streak disease cbsd ishobora kuba icyorezo ibyo babivuga bahereye kuba mwaka ndwara yaragaragaye gihugu uganda mu mezi make ashize kandi ndwara yagaragaye burundi repubulika iharanira demokarasi kongo fao ivuga bigoye komenya ndwara igeze kuko ititaweho bikomeye umwe bahagarariye fao witwa robson atangaza ikibazo gikomeye umuhinzi ashobora kugira afite imyumbati myiza nyamara irwaye bitewe n’uko ibimenyetso by’iyi ndwara bigaragarira mizi gusa fao itangaza kibazo giteye inkeke ngo ngombwa hafatwa ingamba zikomeye kuyirwanya kuko bwoko bumwe bw’imyumbati buhabwa abahinzi afrika bushobora guhangana n’iyo ndwara fao ivuga hari ingamba zishobora gufatwa ndwara ntikomeze gukwira ahantu henshi muri ngamba harimo gucungira ikwirakwizwa ry’imyumbati igomba guterwa ndetse gukangurira abahinzi kurandura inyumbati babonye yafashwe n’iyi ndwara abahanga fao bavuga gusiganwa n’igihe kugira barwanye virusi bakaba bahamagarira amahanga kubatera inkunga bakaba bifuza guha amahugurwa abahinzi ndetse guhagarika ihanahana ry’icyo gihingwa kirwaye hagati y’uturere kuri amoko umunani y’igihingwa cy’imyumbati kugeragezwa n’ikigo mpuzamahanga cyita buhinzi international institute of tropical agriculture ayo moko akaba ashobora guhangana n’iyo ndwara kuburyo myaka ibiri imbere izatangwa bahinzi benshi imyumbati kimwe bihingwa bifitiye akamaro isi rusange kuburyo afurika ho ifatiye runini abantu benshi kuko ntabwo ikangwa n’ubutaka butera cyangwa se imvura nke bbc itangaza imyumbati ikunze kwibasirwa n’indwara zitandukanye zituma idatanga umusaruro ukwiye hari n’aho indwara ziyibasira buryo bitera inzara ikomeye uretse ndwara fao ivuga hadutse indi virusi nayo yibasiye igihingwa cy’imyumbati karere k’afrika y’iburasirazuba norbert niyizurugero
1sport
amavubi azatangira kwitegura erithrea tariki
bitewe n’umwanya mubi u rwanda ruherereyeho rutonde fifa amavubi kimwe n’andi makipe adahagaze neza urwo rutonde azabanza gukina umukino w’ijonjora ry’ibanze mbere kujya matsinda u rwanda ruzakina umukino ubanza eritrea tariki ugushyingo i asmara nyuma y’iminsi ine tariki bakine umukino kwishyura i kigali ikipe izatsinda mikino yombi izahita yerekeza itsinda f rizaba ririmo algeria mali benin nyuma y’iryo jonjora hazakorwa amatsinda amakipe azaba mbere buri tsinda azasigara ahatanira amatike atanu atangwa fifa bihugu afurika bigomba kuzakina igikombe cy’isi ayo makipe azaba yasigaye azatomborana azahura abiri abiri hagati yayo mukino ubanza n’uwo kwishyura amakipe atanu atsinze azabe yerekeza gikombe cy’isi brazil hagato u rwanda ntiruramenya umutoza uzatoza amavubi guhatanira tike kuko nyuma gusezera sellas tetteh hataraboneka umutoza kumusimbura biteganyijwe batoza barenga basabye gutoza amavubi hazatoranywamo uzahabwa ako kazi uzatoza amavubi azashyirwaho nyuma y’itariki ukwakira kuko tariki hazatorwa umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amagru rwanda ferwafa afatanyije minisiteri y’urubyiruko umuco siporo n’izindi nzobere mupira w’amaguru zizifashishwa akazagira uruhare guhitamo umutoza uzatoza amavubi theoneste nisingizwe
0politics
kaminuza nkuru y’u rwanda izashyingura abazize jenoside bagera
venatie nyirabahire watanze ubuhamya bw’uko bantu bishwe yavuze akeka bishwe itariki kuko tariki bumvise amasasu arivugiramo nyiramuhire avuga ababazwa n’uko abantu batsinzwe shyamba ndetse n’abiciwe i butare rusange bazize akagambane k’abanyabwenge bagizwe ahanini n’abadogiteri n’abarimu kaminuza nkuru y’u rwanda nyiramuhire umwarimukazi gihea avuga butare haguye abantu benshi bitewe n’uko bafite icyizere cy’uko bazaba bagendeye perefe butare umututsi bakumva azabarinda ikindi yongeraho uwari perezida w’u rwanda juvenal habyarimana akimara gupfa basabye abantu kuguma banabizeza umutekano icyizere cy’umutekano bizeye cyatangiye kuyoyoka uwahize perezida w’inzibacyuho theodore sindikubwabo yajyaga i butare tariki mata akavuga ijambo ryabatanze mugaragaro nk’uko nyiramuhire akomeza abivuga bukeye bwaho batangiye kujya bumva amasasu avugira arboretum n’ahandi hirya hino mugi nyuma yaho ndetse abicanyi babigiriwemo inama n’abarundi barahungiye rwanda batangira kujya bifashisha intwaro gakondo nk’amahiri kwica abatutsi banga gupfusha amasasu ubusa marie claire joyeuse
13relationship
bimwe biranga umukobwa utagukunda ahubwo ugukundira ibyo utunze
ikibazo cy’abakobwa bakunda ibintu buryo burenze ubukenewe bita abakuzi b’amenyo gikomeje kuba inkeke basore batari bake gusa kuvuga abakobwa bakura amenyo byaba ugutekerereza cyane akaba ariyo mpamvu ngombwa kumenya ibimenyetso byerekana koko umukobwa n’uyu umukuzi nw’amenyo inshuti ze zikura amenyo niba mukobwa asanzwe agendana n’abandi bakuzi akenshi umukuzi abakurambere baravuze ibisa birasabirana kandi ntibibeshye ariko nanone ukwitonda kuko hari igihe yaba atandukanye bagenzi gusa igihe kumwe n’umuntu nk’uwo ujye ugumisha amaboko ikofi wallet yawe agira amatsiko kumenya umutungo wawe hari igihe ashobora kukubaza ukora uhembwa utuye benz iparitse hariya hanze iyawe n’ibindi byerekeye umutungo wawe ukagirango ukugukunda cyangwa ugushaka kuganira kuko interested ariko buri gihe siko biba bimeze muri bimwe biranga umukuzi w’amenyo habamo gushaka kumenya umutungo wawe mbere mukibonana kuko kindi akubonamo akunda impano zihenze abantu twese dukunda ibintu byiza ariko siko twese tubisaba nkunda kureba imodoka zihenze ariko niyo nahura n’umwami arabiya sawudite sinamubwira angurire hummer cyangwa porsche muri make umuntu ufite umuco gusaba umukuzi w’amenyo kandi kindi akubonamo uretse isoko ivubura amafaranga kumufasha nzozi ze ubundi impano abakunzi bagenda bahana mibanire ziba zigamije kumwereka wamutekereje icyangombwa si amafaranga igura ahubwo iba ivuze significationmeaning nk’uko bakunda kubivuga ibintu byiza buzima giciro bigira the best things in life are free byaba byiza guha umukunzi ururabo waciye ahantu kuko wamutekereje kurusha wamugurira amaroza niba umukobwa ashimishwa n’ibihenze gusa umutima ntuterera wawe ahubwo uterera konti yawe banki ikindi umukuzi w’amenyo atajya ashimishwa rimwe n’icyo umuhaye numugurira imodoka azashaka umugurira n’inzu ifite igaraje ryo kuyiparikamo numugurira televiziyo azanakwaka abonnement dstv nakugirira imbabazi azakwaka startimes y’abashinwa n’ibindi muri make munoza kandi byose ukora ntabishima ashaka ibirenzeho buri gihe nanone ariko hari abahungu biyemera bagashyira imbere imitungo nk’aho ariyo ibagize yonyine personnalit bagira umuntu nk’uwo ntagatake bamukuye amenyo kuko abakuzi b’amenyo rimwe rimwe nyararongo bakura ubizaniye ahinduranya abakunzi akurikije amafaranga ubundi buzima birasanzwe umuntu azamuka ntera umukuzi w’amenyo wawundi uhora ahinduranya abakunzi akurikije amafaranga bafite ni ukuvuga adashobora musore ufite imodoka golf akundane n’ufite moto tvs reka reka ahubwo ahita atangira gushakisha ntawe ufite audi touareg cyangwa infiniti minsi mike yamurambirwa agatangira gushakisha ufite indege jet priv umujyana resitora karitsiye azashaka uzajya umujyana zirenzeho namara kugera muyo serena azashaka umujyana iy’i cairo cyangwa i las vegas muri make azamuka magarade nk’umusirikare cyangwa umupolisi ariko akurikiza uburemere konti yawe umukuzi w’amenyo ntakundana n’abasore kuko umutima ubashaka cyangwa se beza beaux gars ubundi ubwiza bw’umuhungu bureberwa mufuka rimwe rimwe bivugwa n’abatabufite ariko uzarebe umukobwa mwiza ’ucana’ kumwe n’umuhungu utari mwiza abantu bavuga mukobwa yahenzwe cyangwa afite ikindi yamukundiye akenshi amafaranga gusa n’ubwo abakobwa bahitamo abasore bakundana ubwiza mubiri butaza mbere umukobwa witwa umukunzi wawe mwiza kandi wowe uzi neza atariko umeze ushatse wakwibaza impamvu yaba agukunda akoresha yaremwe agamije inyungu ze bwite n’ubwo igitsina gore rusange kiregwa kwitwaza bavutse ubwiza impuhwe rwego kugera bashaka abakuzi b’amenyo kabuhariwe mukino ni mukobwa uhora yambaye neza agusekera kuko agukeneye ibyo kandi abikora kugirango agaragare kurusha abandi bakobwa bagenzi yiharire abasore bifite kurusha abandi ibi ntibivuze umukobwa wese wambara neza cyangwa ugira urugwiro akura amenyo byumvikane neza ahubwo bakagombye kumera neza gutyo gusa umukuzi w’amenyo ntabikora kuko byiza sosiyete abikora nyungu ze wenyine make umukuzi w’amenyo rukundo agira yikunda ubwe niyo mpamvu akurura yishyira umuntu nk’uwo yiyitaho akagaragara neza ndetse abenshi n’abakobwa beza b’ibishongore rwose buryo wakumva gukundana byaba umugisha umanutse ijuru ukazashiguka yakunaze kuzimu kw’ubukene chief editor muhaburarw
2economy
bad yahaye bk inguzanyo miliyoni z’amadolari
ku rubuga rwayo bad yatangaje nguzanyo izafasha bk kongera amafaranga yakoreshaga ndetse kuzamura inguzanyo itanga bayigana bakora ibijyanye n’ibikorwaremezo inganda ubuhinzi bushingiye nganda n’ubukerarugendo iyi nkunga kandi igomba gukoreshwa kongera ibigo by’imari biciriritse ndetse n’amasosiyete akomeye akorana bk bikava bakagera mwaka bad ikavuga bizafasha u rwanda guhanga imirimo igera kugera mwaka bk yashinzwe niyo banki nini rwanda kuko kugeza itariki kamena yihariye isoko kugeza mu mashami yayo gihugu cyose bk itanga serivisi bantu barenga ibihumbi emmanuel n hitimana
4entertainment
indirimbo j-kid ihagaze neza irushanwa couleurs talent
ku gatatu tariki nibwo hari hateganyijwe ikiciro kabiri cy’iryo rushanwa kirangira indirimbo umunani z’abahanzi afurika zari zihanganye mu ndirimbo eshatu mbere zatowe harimo ndirimbo j-kid yitwa udasimburwa abagize itsinda j-kid aribo jabo deo cyiza franck diddy-zo bahagarariwe diddy-zo batangarije kigalitodaycom byabashimishije kuba batsinze bagize bati byadushimishije twumva hari urundi rwego tugiye kugera ho gusa ariko bakomeza bavuga irushanwa ritararangira kuko irushanwa barimo igice kabiri igice bagiye mo kikaba aricyo cyanyuma diddy-zo avuga cyiciro nyuma indirimbo izaba ihanganye n’izindi umunani zavuye bindi byiciro byabanje akomeza asaba abafana ndetse n’abanyarwanda rusange gukomeza kubashyigikira agira twasaba dukomeje abafana bacu kongera kudutora noneho ikazaba ariyo iba iya mbere igatsinda irushanwa indirimbo yatsinze ikaba izatangazwa gatatu w’icyumweru gitaha indirimbo y’aba basore bagize itsinda j-kid ikaba yarabashije kugera iryo rushanwa babibwirwaga n’inshuti zabo ziba bufaransa bahita bayohereza bakoresheje e-mail irushanwa couleurs talent ryemera indirimbo ziri njyana nyafurika rikaba ryakira indirimbo nyinshi ngo ariko hari komite y’iryo rushanwa ishinzwe kumva ndirimbo ikabasha guhita mo izigomba kujya irushanwa norbert niyizurugero
4entertainment
abahanzi bazakomeza pggss ii bamenyekanye
mu muhango kubatangaza wabereye serena hotel i kigali ijoro tariki byagaragaraga muhanzi wiyizeye buboneke bakomeza kiciro kabiri mu gihe gutangaza abahanzi bazakomeza hari umwe bagize jast family utari uhari wagize ikibazo cy’umutima nk’uko byatangajwe croidja undi wakomeje ariko utaragaragaye birori emmy wahagarariwe kitoko benshi bafana nabo bafite impungenge kubona umuhanzi bakunda adahamagawe ikintu cyagaragaye matora kandi kikaba cyanatangaje abantu cyane ukuntu injyana hip hop ikunzwe cyane gihe rwanda gihe mbere gutangira yatangiye abantu batayumva batanayikunda ahubwo bakayita iy’ibirara n’abanywarumogi mu bahanzi b’injyana zinyuranye hip hop yihariye imyanya ukuvuga y’imyanya izindi njyana nazo zisaranganya indi myanya isigaye abahanzi batashoboye gukomeza kamichi urban boys uncle austin the brothers ellion victory naason paccy jozy rafiki nyamitari kugeza abantu banyuranye batangiye kugira babivugaho ku rubuga facebook bamwe bavuze amatora yagenze neza ariko hari abahanzi batagombaga kuburamo kamichi urban boys rafiki nyamitari abandi bavuze hari abahanzi batunguranye batari kugaragara kurusha mbere abo bahanzi just family emmy young grace danny knowless dream boys king james rider man jay polly bull dog babikwiriye rwose dore abahanzi batowe numero zizabaranga gihe kwiyamamaza bahatanira umwanya umwe rukumbi uzavamo ibihembo bishimishije harimo gukorana indirimbo n’umuhanzu w’umunyamerika jason derulo emmy afite numero young grace afite numero just family bafite numero dream boys bafite numero bull dog afite numero danny nanone afite numero knowless afite numero jay polly afite numero rider man afite numero king james afite numero marie clemence cyiza uwimanimpaye
2economy
guverineri gatete arasaba ubufatanye gufasha abatishoboye
gatete yagize byiza ibikorwa gufasha abatishoboye byahurirwaho n’abatu benshi bityo gahunda y’icyerekezo ikazacyura ikivi abantu baramaze gutera imbere gatete arasaba abagenerwabikorwa abatishoboye ndetse n’ubuyobozi bw’akarere bukwiye kugira uruhare bikorwa kubateza imbere yabisobanuye magambo habaye bnr gusa ifasha miryango bantu bazagera bataragira bagera bnr yatangiye gufasha abatuye mudugudu mwaka babavugururira amazu icyo gikorwa cyatwaye amafaranga agera miliyoni esheshatu bnr kandi yabafasha kujyana abana mashuri y’imyuga none munsi hatashye umushinga w’ubworozi bw’inkoko bnr yatanzeho amafaranga asaga miliyoni bnr kandi yiyemeje kuzitaho gihe cy’amezi atandatu mbere y’uko zitangira gutanga umusaruro murekatete jacqueline umwana w’impfubyi wirera utuye mudugudu w’icyizere yavuze bnr ibakorera byose bibashimisha bakaba bayizeza nabo bazakora bashoboye umushinga babahaye bakazawutunganya neza bakoresheje amahugurwa bahabwa bijyanye n’ubworozi bw’inkoko murekatete asaba bnr n’abandi baterankunga gufasha abana barangije kwiga kubona akazi gufasha imiryango ituye mudugudu kubona umuriro w’amashanyarazi bnr ifasha imiryango igizwe n’impfubyi n’abapfakazi batuye mudugudu w’icyizere mu minsi imbere bnr irateganya bufatanye n’akarere bazafasha miryango mushinga w’ububoshyi kugira imyaka icyenda isigaye icyerekezo gicyure ikivi izasange abatuye umudugudu w’icyizere barateye imbere marie josee uwiringira
2economy
abakina umukino nag bavuga ubahombya ariko kuwureka bikaba ikibazo
froduard minani umwe rubyiruko twasanze bakinira mukino i muhanga tariki yagize hantu nk’uburozi pe nguka gake gashoboka ariko wungutse rimwe uhita wibagirwa wigeze guhomba ushobora gukina ugatombora ibihumbi ijana ugakurikirana miliyoni ugashiduka bayakuriye nibyo ijana ugashiduka wabibuze jye banyirukanye kazi kubera mukino undi utashatse kwivuga izina yagize nk’ubu ubajije umuntu mutuelle hano ntayo yakwereka ibi nintu uburozi amafaranga ubonye uhita uyahazana kandi kuhava nabyo bikaba ikibazo nubwo mukino ukinwa mugaragaro kandi ukaba unakoresha imashini kabuhariwe ntibibuza bamwe bawukina n’abawubona kuwugereranya n’urusimbi bamwe babyeyi batuye mujyi muhanga bavuga batishimira busa mukino kuko ubarumbiriza abana uwitwa munderere john avuga mukino ubarangariza abana buryo akeka hari abasiba ishuri bakigira gukina uyu mukino ukinwa hakoreshejwe amafaranga umuntu ashyira amafaranga uhereye giceri cy’ijana akayakinisha akoresheje imashini ukunguka cyangwa agahomba gihe amahirwe atamusekeye nk’uko abawukina babivuga akenshi nzu irimo imashini zikinirwaho mukino haba huzuyemo abantu benshi abari gukina abaje kwigeragereza amahirwe ndetse n’abahombye bashaka kongera kubona amahirwe bakagaruza bakinnye cyangwa bashoye benshi nzu urubyiruko bigaragara rukiri kigero cy’abato benshi usanga ababa bafite imirimo iciriritse mujyi cyane cyane ubukarani n’abandi bafite ubucuruzi buciriritse nubwo bivugwa munyeshuri wemerewe kuhagera hari ubabonamo ucuruza tombora akaba uwuhagarariye i muhanga avuga mukino wabo wemewe n’ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere rdb kandi ugamije guteza imbere urubyiruko kuko kampani inaha inkunga minisiteri ishinzwe urubyiruko avuga kuba byemewe guverinoma y’u rwanda bihagije kuba atari urusimbi kuko guverinoma y’u rwanda itemera urusimbi gerard gitoli mbabazi
2economy
gatsibo sacco zirahamagarirwa kugira inyubako zazo
sengabire celestin ushinzwe amakoperative karere gatsibo yatangarije kigali today buri sacco igomba kwigirira inyubako yayo kandi bakazazubaka gishushanyo bahawe banki nkuru y’igihugu n’ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative rca imirenge sacco zisabwe kwiyubakira inyubako nyuma igihe kitari kinini zimaze zikora buryo bamwe bavuga bafite impungenge kwiyubakira byazatera igihombo igihe bafashe mafaranga zibikije sengabire avuga amafaranga azakoreshwa atari abaturage babitsa sacco ahubwo basabwa gutanga umusanzu kwiyubakira inyubako ubundi bakazafashwa n’umuganda kugira ibikorwa byihute gusa gihe hagize ibibura hari amafaranga sacco zishobora gukoresha y’inyungu zinjiza nubwo atari menshi mbonimba epimaque umuyobozi w’umurenge sacco tuganeheza rwimbogo avuga icyemezo kwiyubakira inyubako bakishimiye kuko abaturage bamaze kwemera gutanga umusanzu kandi bakazubaka inzu itari munsi miliyoni igomba kuzaba yuzuye bitarengeje sacco tuganeheza ifite abanyamuryango barenga basanzwe bakora ibikorwaby’ubuhiniz n’ubworozi bishimira kugira inyubako yegereye isoko kuko ariho abaturage bakura amafaranga bagashobora kuzajya bayabitsa bitabagoye imirenge sacco karere gatsibo yitabirwe cyane kubera hadasanzwe amabanki n’ibigo by’imari iciriritse abaturage bazibonamo kubafasha kwizigamira kubona inguzanyo bitewe n’uburyo zikoreshwa kubagezaho ibikorwa by’amajyambere kwiyubakira inyubako sacco bizatuma ziyongerera agaciro karere gatsibo inyinshi zamaze kubona ibibanza kubaka fondasiyo gusa abaturage bavuga hagomba kuba ubushishozi gucunga amafaranga hari sacco zagiye zikoreshaamafaranga y’umurengera kugura ibibanza bikaba byatera igihombo sylidio sebuharara
8culture
miss rwanda amajonjora yatangiriye karere musanzeamafoto
amajonjora gutora nyampinga w’u rwanda w’umwaka yamaze gutangira yahereye ntara y’amajyaruguru akaba yakorewe karere musanze muri aka karere hari iyandikisije abakobwa hitabira ariko bonyine nibo bujuje ibisabwa batangira guhatana imbere y’akanama nkemurampaka kari kagizwe dr higiro jean pierre isheja sandrine ndetse rwabigwi rwabigwi glbert isheja butera sandrine dr higiro jean pierre abagize akanama nkemurampaka sandrije isheja uhagarariye akanama nkemurampaka yavuze ibyashingiweho gutanga amanota harimo uburanga ubwenge n’umuco uburanga bwari bufite amanota ubwenge bwahawe amanota hanyuma uburyo umukobwa yatondekaga avuga bihabwa amanota dore amafoto y’uko jonjora ryagenzeabakobwa bashinzwe protocolehabanje gusuzumwa umwirondoro buri mukobwahanarebwe abakobwa bujuje ibiro n’uburebure fatizo busabwaabakobwa bahataniraga ikamba miss usanase irene shamim miss ishimwe belly stecy miss umuhoza linda miss ingabire divine miss ishimwe henriette miss irebe natacha ursule ibuka ines carine miss umutoniwase paula miss umutoniwase alpha buyinza miss umutesi nicole mu bemerewe guhatana nibo bagize amahirwe guhagararira intara y’amajyaruguru rushanwa aribo usanase shamim irene ishimwe belly stecy umuhoza linda ingabire divine irebe natacha ursule umutoniwase paulaaba nibo batandatu bazaserukira intara y’amajyarugurumiss rwanda yaje gushyigikira barumuna amafoto miss rwanda facebook page
9fashion
mu mafoto ibirori kwerekana imideli ikorerwa rwanda
ibirori kumurika imideli yakorewe rwanda made in rwanda byabaye ijoro ryo kane tariki nyakanga hotel umubano iherereye kacyiru ni ibirori byitabiriwe n’umubare munini wiganjemo abakunda imideli bihugu binyuranye byitabiriye inama au kubera i kigali kuwa kugeza kuir nyakanga ubuyobozi bw’urugaga rw’abikorera rwandapsf nabo bagize uruhare rukomeye gutegura birori bwatangaje byakozwe nko gushaka umwanya mwiza kwereka amahanga ibyiza by’umuco nyarwanda cyane cyane herekanwa ibihakorerwa mu birori by’imideli byiswe fashion dusk herekanywe ibikorwa n’inganda rwanda kwerekana hari inganda n’abahanga by’imyambarire bakora imyenda igezweho gushishikariza abanyarwanda kuyoboka ibikorerwa gihugu’ turahirwa moses umuhanzi w’imideli wanashinze inzu yitwa ’moshions’ yavuze byamubereye umwanya mwiza kwereka abanyamahanga ibihangano bye ndetse yabibonyemo amahirwe kwagura ibikorwa bye ibyamuritswe birori harimo ibikapu t-shirts inkweto amakanzu imipira y’imbeho n’indi mideli inyuranye yakorewe rwanda
0politics
iburengerazubaperezida kagame yaje mwanya mbere bayobozi bagirirwa icyizere n’abaturage
imibare igaragaza abaturage ntara y’iburengerazuba bafitiye icyizere perezida repubulika paul kagame kigero gihe bafitiye inkiko kiri ibi byagaragarijwe abayobozi b’inzego z’ibanze n’abafatanyabikorwa iterambere turere tugize intara y’iburengerazuba bamurikiwe abaturage babona imitangire serivisi n’imiyoborere nzego zibegereye nk’uko byagaragajwe citizen report cards crc icyizere abaturage bafitiye inzego z’ubuyobozi bw’igihugu nk’uko byagaragajwe crc perezida repubulika afite amanota inteko ishingamategeko ifite amanota inkiko zifite amanota ni gihe kandi icyizere abaturage bafitiye inzego z’umutekano isonga haza ingabo z’u rwanda rdf n’amanota polisi y’igihugu rnp n’amanota urwego dasso amanota umuyobozi w’urwego rw’igihugu rw’imiyoborere ’rgb’usta kaiyitesi yasabye inzego z’ibanze guha agaciro abafatanyabikorwa guhuza igenamigambi rwego kwihutisha iterambere kunoza imitangire serivisi muhaburarw
2economy
ukekwaho kuriganya leta miliyoni zisaga yakatiwe kuba afunzwe iminsi
umuyobozi kompanyi top service ltd itumiza inyongeramusaruro mahanga igashyikirizwa abahinzi ntara y’amajyaruguru n’uburengerazuba mwitende ladislas yakatiwe gufungwa iminsi n’urukiko rwisumbuye gasabo atabangamira iperereza mwitende yatawe yombi ntangiriro z’uku kwezi aza gushyikirizwa parike itariki eshatu gicurasi urukiko rwisumbuye gasabo rwemeje mwitende afungwa iminsi kugira iperereza byaha aregwa rikorwe bwisanzure umushinjacyaha munyamahoro faustin yabwiye inteko iburanisha urubanza rwaburanishwaga ifungwa n’ifungurwa rwafunga mwitende kugira atabangamira iperereza adacika ubutabera ndetse ataba yakomeza ibikorwa kwiba leta mwitende ladislas akehwaho ibyaha gucura gukoresha inyandiko mpimbano agamije kwishyuza minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi minagriamafaranga y’umurengera nk’uko umuvugizi w’ubushinjacyaha rwanda yabitangarije imvaho nshya mwitende yashyikirizwaga ubutabera yavuze mafaranga mwitende yishyuje hari yaramaze guhabwa asaga miliyoni z’amafaranga y’u rwanda nkusi yagize yakoresheje inyandiko mpimbano ajya kwishyuza minagri frw amaze kwishyurwa frw ibyaha mwitende aregwa bihanwa n’ingingo gitabo cy’amategeko ahana y’u rwanda iyi ngingo ivuga umuntu wese uhimba cyangwa uhindura buryo bwose inyandiko ashyiraho umukono cyangwa igikumwe bitari yonona inyandiko cyangwa imikono asimbuza abantu abandi ahimba amasezerano imiterere yingingo zayo igitegetswe gukorwa cyangwa icyarangije kwemeranywa ahanishwa igifungo kirenze imyaka itanu kugeza myaka n’ihazabu y’amafaranga y’u rwanda frw kugeza frw yanditswe ubwanditsimuhaburarw
6technology
iby’ingenzi wamenya ’libra’ ifaranga rishya facebook
guhera mwaka utaha facebook irashaka abantu miliyari ebyiri bayikoresha batangira gukoresha ifaranga ryayo ryo internet yise ’libra’ bakajya babasha kwishyura bakoresheje ’app’ cyangwa whatsapp bakoreshe ’crypto-currency’ nshya abantu bagera miliyoni afurika bakoresha faceboook iby’iri faranga ryo murandasi internet bivuze bizabafasha iby’iri faranga bivuze byinshi africa umugabane ukorerwaho ubucuruzi kwishyurana byinshi kandi kimwe bice by’isi bidakoresha amabanki cyane aho kandi abantu bagenda biyongera gukoresha amafaranga bagendana telephone ngendanwa guhanahana kohererezanya kwishyurana amafaranga telephone ntoki hari benshi babigiriramo ingorane kwibwa cyangwa kwamburwa abandi bavuga hakenewe ubundi buryo kohererezanya amafaranga buhendutse kurusha ibiciro bihanitse banki n’ibigo western union moneygram raporo banki y’isi yasohotse umwaka ushize ivuga igiciro kohereza afurika munsi y’ubutayu sahara kiri hejuru kigero ugereranyije n’ahandi isi iyi raporo ivuga kohereza uva cyangwa wohereza aka gace gihembwe mbere byishyurwaga gusa ntawakwirengagiza impamvu zitandukanye zirimo isoko ritari hamwe n’ibindi bitandukanye bituma kompanyi western union ziboneraho kuzamura biciro impungenge z’umutekano leta nyinshi afurika zifitiye ubwoba mafaranga internet crypto-currencies bitcoin urutonde rurerure rw’ibihugu byabujije ikoreshwa bene mafaranga buryo bunyuranye harimo nigeria kenya ethiopia zimbabwe ndetse n’u rwanda banki y’igihugu yagiriye inama abanyarwanda kwirinda kuyakoresha kuko atizewe acungwa n’uko akoreshwa hari impungenge nyinshi nkomoko n’uburyo kubona mafaranga internet ndetse n’ubwoba bw’abajura crypto-hackers bashobora kubizamo aya mazina akoreshwa avuze crypto-currency noti cyangwa ibiceri internet akoresha ubuhanga bwitwa ’blockchain’ kuyaha agaciro azwi cyane bitcoin ntabwo atangwa leta cyangwa banki blockchain ni uburyo kubika amakuru uruhererekane kuyahanahana mudasobwa isi muntu ubigenzura cyangwa urwego libra yatanira he bitcoin nayo izakoresha ubuhanga blockchain ariko urwo ruhererekane ruzaba rugenzurwa kompanyi zizwi hari abatizeye facebook n’abayishyigikiye ibi ibintu abayobozi afurika bashaka kuganira facebook mbere muri amerika abadepite bamaze gusaba gukwirakwiza libra bihagarikwa gihe facebook itarasobanurira inteko libra itazongera guhana amafaranga buryo butemewe cyangwa atazifashishwa iterabwoba facebook irakoresha uburyo bwose yereke abashyiraho politiki rizaba ifaranga rishobora gukoreshwa banki ishyigikiwe cyane n’ibigo visa mastercard uber spotify ndetse payu afurika y’epfo facebook imaze kwigarurira benshi bayikoresha afurika ndetse bihugu kuyigeraho ntibisaba internet intwaro mbere kumvikanisha impamvu y’ifaranga ryabo whatsapp ikoreshwa n’abantu benshi nayo iya facebook uburyo ivuga yakwifashisha kwishyura ukoresheje libra kuba ibasha guha abantu bakennye serivisi zirimo kubona amakuru akazi ubumenyi n’ibindi buntu intwaro ikomeye gusa kuba facebook ibonera inyungu bikorwa kwamamaza gucuruza amakuru y’abayikoresha bituma buri wese yibaza miliyoni z’amafaranga internet ishaka gusohora n’inyungu izazivanamo banyafurika benshi cyane batamenyereye iby’amafaranga nk’aya aya mafaranga yakwizerwa ibibazo bijya biba ahanyuranye mirongo internet afurika ibibazo gucika cyangwa kuvaho rimwe rimwe facebook whatsapp instagram biteye impungenge kwizera libra gusa nanone myaka imbere kuba umuntu yabasha koherereza rugo whatsapp bakagenda bakishyura bakeneye isoko bakoresheje libra ntako byaba bisa bbc
0politics
abahanzi basuye urwibutso jenoside ntarama n’urwa nyamata
abahanzi batorewe gukomeza cyikiro kabiri bitabiriye urwo rugendo usibye knowless bubiligi kwitabira gahunda zijyanye kwibuka nk’uko umujyanama manager abitangaza abo bahanzi babanje gusura urwibutso ntarama basobanuriwe amateka yaho ndetse n’iyicwarubozo ryahabereye basobanuriwe ukuntu mbere jenoside abatutsi bahigwaga ariko uwabaga yahungiye kiriziya ntacyo yabaga ibyo byatumye jenoside benshi bahungira kiriziya bizeye gukira nk’uko byagendaga mbere ariko siko byagenze kuko bamaze kwirundiramo interahamwe zabasanzemo zibica urw’agashinyaguro abatutsi bahungiye kiriziya central ntarama babanje kwihagararaho ariko bigeze itariki nibwo abasirikare n’interahamwe baje banakoresha n’ibisasu kuburyo haguye abagera mu rwibutso ntarama hari imibiri y’abatutsi bazize jenoside kandi hagaragara bimwe bikoresho byifashishwa rugo baje bitwaje cyangwa se bahunganye kuko batekerezaga igihe kizagera bagasubira mungo zabo hagaragara kandi n’imyenda biteye agahinda buri munyarwanda wese ava akagera yagombye kugira ntibizongere ukundi nyangezi freddy umwe baherekeje abahanzi akaba uhagarariye bralirwa gikorwa yagize kwibuka igikorwa buri wese ku ruhande rwacu bralirwa igikorwa twubaha cyane uretse guteza imbere abahanzi tugomba kubigisha amateka bralirwa yubatse inzibutso ebyiri jenoside zishyinguwemo abakozi bakoraga bralirwa bazize jenoside gisenyi kigali bralirwa kandi ikorana n’urwibutso gisozi rwego kugira busitani bwarwo hahore hasukuye ikindi abana b’imfuzi ababyeyi bishwe jenoside bakoraga bralirwa bishyurirwa amafaranga y’ishuri mashuri mato kugera secondaire ariko hari gahunda gutangira kubishyurira kaminuza ku rwibutso nyamata ahantu hafite amateka yihariye nk’uko abahanzi babisobanuriwe niho ha mbere haguye abatutsi benshi cyane gihugu abatutsi baguye hano nyamata barashinyaguriwe bitavugwa nyamata ituwe n’abatutsi barakuwe turere dutandukanye tw’amajyaruguru gisenyi ruhengeri rwego kugira bapfe kuko hari ishyamba habagamo inyamaswa nyinshi ndetse n’amasazi yateraga indwara tsetse hapfiriye benshi gihe mu mwaka habaye ubwicanyi bumeze nk’aho byari igeragezwa jenoside buhitana abatutsi bagera kandi ntawigeze ahanirwa ukwicwa kw’abo batutsi hari umuzungu w’umutariyanikazi utuye witwaga tonia locatelli bamwishe tariki bamuziza yababwiraga adashyigikiye iyicwa ry’abatutsi bahatuye buryo ndetse yaranatangiye kubatabariza miryango mpuzamahanga mu mwaka w’ haguye abatutsi barenga hakaba hashyinguye abagera muri bahashyinguye harimo umubyeyi witwaga mukandori annonciata wishwe abanje gufatwa ngufu n’interahamwe z’abagabo nyuma bamujomba igisongo gitsina kirakomeza gitunguka mutwe uwo ashyinguwe ukwe isanduku wenyine rwego kugira harusheho kugaragazwa ubugome bw’indengakamere bwakorewe mubyeyinyuma gusobanurirwa byinshi kwirebera n’amaso abahanzi bagize babivugaho ntakirutimana danny uzwi izina danny nanone yagize hari ikiyongereyeho kuko ubwa mbere nsuye nyamata hiyongereye mateka narinzi nk’uko jenoside yagizwe uruhare n’abahanzi ndateganya gukora indirimbo irimo ubutumwa ubutumwa natanga kubagezweho jenoside ukwihangana gukurikiza gahunda z’icyunamo kudaheranwa n’agahinda tukiyubaka ikivi cy’abacu tuzacyusa kandi ibyabaye ntibizongere buri muhanzi cyangwa se itsinda bagize bavuga kubyo bamaze kubwirwa ndetse kwirebera n’amaso dore magambo make ubutumwa bwatanzwe n’abahanzi nyuma gusura urwibutso ntarama n’urwa nyamata riderman yagize igihe kirageze dutange ubutumwa bwibaka banyarwanda king james ngiye kurushaho gutanga ubutumwa bwunga abanyarwanda ndirimbo zanjye bull dog abahanzi batanze ubutumwa bwanganisha abanyarwanda bakwiye kubiryozwa dream boys ijwi platini iti umuhanzi indorerwamo rubanda duharanire gusiga isi nziza kurusha twayisanze just family ijwi jimmy iti dukwiye guhindura amateka y’umuziki tukirinda ubutumwa busenya emmy yagize ibyo mbonye birandenze dukwiye gukora bwabaga kugira bitazongera young grace atinjye nari muto mbyumva mateka ariko abafana banjye n’abanyarwanda rusange nabakangurira kunga ubumwe bagakundana bakaba ubumwe jay polly iyo mbonye ibintu nkibi birandenga abakoze bashyiraga bikorwa ibitekerezo by’abategetsi babi twe twongere ingufu gushyira bikorwa iby’abayobozi beza badusaba danny dukwiye guharanira bitongera kubaho ukundi umuyobozi mukuru east african promotors yasobanuye impamvu bazanye bahanzi gusura inzibutso magambo ukugira batazakora batazanatekereza n’umunsi rimwe kuba bakora ibikorwa nk’ibi bashyigikira cyangwa bakaririmba ibikorwa nk’ibi kuko byatugejeje ahantu nakwita habi cyane ndasaba urubyiruko rusange igikorwa cyabaye rwanda cy’ubwicanyi bumeze gutya bw’indengakamere kitabaho ukundi marie clemence cyiza uwimanimpaye
1sport
undi mukinnyi w’ikipe y’igihugu volleyball agiye gukina algeria
hari amakuru avuga marshal yaba uganda gushakisha visa abifashijwemo n’ikipe al milia yamaze kuvugana nayo ibijyanye kubakinira igihe kingana n’umwaka umwe marshal avuga kugeza ishyirahamwe ry’umukino volleyball rwanda fvrb ryamaze kumwemerera kuba yakina algeria ndetse n’ikipe nyanza ikaba kibazo ibifiteho bitewe n’uko masezerano bashya basinyana kwizera agiye akurikiye abandi bakinnyi mukunzi christophe yakan lawrence gasongo vincent dusabimana bakiniraga ikipe y’igihugu nabo bagiye gukina gihugu kwizera pierre marshal afite imyaka ndetse akaba anubatse afite umugore n’umwana umwe jean noel mugabo
2economy
raporo undp rwanda yakoresheje imibare ishaje- aurelien agbenonci
aurelien agbenonci yabwiye umunyamakuru the new times imibare yakoreshjwe rapport yiswe sustanainability and equity a better future for all yataye igihe kandi itaturutse biro bye i kigali muri raporo yashyizwe ahagaragara itariki kabiri uku kwezi u rwanda rwashyizwe mwanya w’i bihugu bigaragaza iterambere ry’abaturage ryiza bice byose minisitri w’imari n’igenamigambi john rwangombwa yahakanye ibyagaragajwe aulerien n’ubwo yatangaje adashaka kwinjira raporo yavuze azavugana n’abakoze raporo iyi raporo yakozwe n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita iterambere united nations development program undp emmanuel n hitimana
4entertainment
miss uvugwaho kuba mubi ndi mwiza cyane kandi ndabizi’ amafoto
ndye fatma dione nyampinga senegal ntiyemeranya n’abakomeje kumunenga bavuga mubi dore yatorwa tariki mutarama abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kumwibasira bavuga ikamba yahawe atarikwiye ndye fatma dione nyampinga senegal ntiyemeranya n’abakomeje kumunenga bavuga mubi dore yatorwa tariki mutarama abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kumwibasira bavuga ikamba yahawe atarikwiye uyu mukobwa avuga nubwo akomeje kwibasirwa n’abamubwira mubi ntangaruka mbi bizamugiraho ahubwo bizamugiraho ingaruka nziza kuko bizatuma akora cyane kugira yiyubake kurushaho mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ryo senegal yavuze mwiza yagize ndi mwiza cyane kandi ndabizi nibona nk’umunyamideli gusa nifuza kuzaba umunyakamuru television birashoboka nkanjya nkora ibiganiro ngatumira abantu kuko nkunda itangazamakuru cyane ndye fatma dione avuga ikamba yahawe arikwiriye abavuga ntari mwiza birabareba natowe miss senegal kandi ntabwo bisobanuye njye mukobwa mbere mwiza isi amafoto miss ndye fatma dione
2economy
ubushakashatsi bwagaragaje by’inguzanyo zitishyuwe
ibigo by’imari iciriritse rwanda biravuga umwaka ushize byambuwe amafaranga y’u rwanda agera miliyari ubushakashatsi bwakozwe n’ibi bigo byibumbiye association of microfinance institutions in rwanda amir bugaragaza ako kayabo ako abantu bagurijwe ntibishyure
0politics
twari tuzi igihe cyose abari hanze badashobora kwirwanaho - tito rutaremara
mu kiganiro cyavugaga ruhare rw’abanyaporitiki n’imitwe poritiki jenoside yakorewe abatutsi n’uruhare rw’abanyaporitiki n’imitwe poritiki kubaka igihugu kizira amacakubiri kinarwanya ingengabitekerezo jenoside hontito rutaremara yavuze abanyaporitiki bishwe baziraga ibitekerezo byabo byagarutsweho kiganiro cyanyuze tereviziyo y’u rwanda bitewe n’ibihe bidasanzwe isi irimo n’u rwanda kubera icyorezo koronavirusi covid- gahunda kujya i rebero itashobotse kubera gahunda guma rugo ariko bikaba bidakuraho kwibuka abanyaporitiki bishwe bazira kurwanya ingengabitekerezo jenoside ku bijyanye n’abanyaporitiki batari bafite ibitekerezo bimwe leta hariho impungenge bashoboraga kwicwa hon tito yagize impungenge byari ukuzitugezaho gusa natwe twarazirebaga nubwo twari turi i kigali n’abandi bantu tuganira ariko twahuraga twari tuzi ibibazo twari tuzi igihe cyose abari hanze badashobora kwirwanaho umunsi wose bapfa ibyo twari tubizi n’iyo wenda badategura jenoside ariko bariya banyaporitiki leta y’u rwanda yajyaga kuzabica kuko batari bafite ibitekerezo kimwe kuko burya hari ugukora jenoside kwica mudafite ibiterezo bisa yongeyeho bazize ibitekerezo byabo ariko nyine babikora gihe jenoside bagira bati bantu batubuza gushyira jenoside bikorwa bazize ibitekerezo byabo kuko bakoraga poritiki inyuranye n’iyo habyarimana bakanabatinya bati bantu nidukomeza bazatubuza kurangiza twifuza ubusanzwe tariki mata habaho umuhango gusoza icyumweru k’icyunamo hakabaho guhurira i rebero hakibukwa hakazirikanwa ndetse hakagira n’ibivugwa byaranze abanyaporitiki bazize kurwanya ingengabitekerezo jenoside kurwanya amacakubiri chief editor muhabura rw
0politics
harakekwa abari inyuma y’ urupfu rw’ umunyarwanda baziga warasiwe mozambique
umunyarwanda louis baziga umuyobozi w’ ihuriro ry’ abanyarwanda mozambiquediaspora y’ abanyarwanda mozambique birakekwa yishwe n’ abanyarwanda batavugarumwe n’ ubutegetsi bw’ u rwanda ambasade nayo iremeza bishoboka umunyarwanda louis baziga umuyobozi w’ ihuriro ry’ abanyarwanda mozambiquediaspora y’ abanyarwanda mozambique birakekwa yishwe n’ abanyarwanda batavugarumwe n’ ubutegetsi bw’ u rwanda ambasade nayo iremeza bishoboka ku mbere w’ cyumweru saa sita z’ amanywa nibwo baziga yarashwe modoka agiye igaragaje nk’ byatangajwe ambasade y’ u rwanda mozambique kt press yatangaje ifite amakuru avuga baziga yarashwe n’ abanyarwanda barwanya gahunda guverinoma y’ u rwanda mozambique baziga myaka nibwo yavuye ruhande rw’ abanyarwanda mahanga barwanya u rwanda ajya kuruhande rushyigikiye guverinoma y’ u rwanda gahunda zayo ndetse agirwa umuyobozi diaspora mozambique igizwe n’ abanyarwanda barenga ibihumbi ambasaderi w’ u rwanda mozambique claude nikobisanzwe yavuze iby’ baziga yaba yarishwe n’ abarwanya guverinoma y’ u rwanda bishoboka akabishingira kuba nyakwigendera yaraterwaga ubwoba azicwa kuri kabili tariki kanama amb nikobisanzwe yasuye umuryango nyakwigendera baziga yagize ubu tuvugana mvuye gusura umuryango hari abantu batari bishimiye icyemezo baziga yafashe ruhande rurwanya leta yanze kuba impunzi agaruka rugo asaba ubwenegihugubwa mozambique abona pasiporo atari ubwe gusa ahubwo z’ umuryango wose eng daniel murenzi umwe bayobozi b’ abanyarwanda diaspora mozambique yashyize ahagaragara itangazo avuga bababajwe n’ iyicwa baziga guverinoma mozambique ntacyo iratangaza yabonye iperereza kirego nyakwindera louis baziga umucuruzi mozambique
1sport
ikipe y’u rwanda y’abagore izaserukira afurika brazil
ikipe y’u rwanda y’abagore yabonye itike kuzitabira imikino paralempike izabera brazil nyuma kwegukana umwanya mbere mikino y’afurika sitting volleyball ikipe y’u rwanda y’abagore yatsinze misiri maseti - mukino nyuma marushanwa yiswe para volleyball africa sitting volleyball championships yasojwe kabiri tariki nyakanga ikipe misiri yatsinze iseti mbere manota -u rwanda rutsinda iseti kabiri manota -misiri itsinda iseti gatatu manota -u rwanda rutsinda iseti kane manota - n’iya gatanu nayo nyuma manota - umutoza w’ikipe y’igihugu gakwaya eric avuga mateka barifuje babigezeho nubwo bitari byoroshye kuko rushanwa ryari rikomeye cyane yagize ikipe misiri inshuro kabiri duhura rushanwa ariko umukino ubanza twabatsinze bitworoheye ariko munsi ikomeye cyane kuko yazanye imbaraga zidasanzwe mukobwankabo liliane kapiteni w’ikipe y’igihugu sitting volleyball bagore avuga kuba babonye intsinzi mukino nyuma intambwe ishimishije bateye kandi bagiye gukomeza kwitegura kugira bazabashe kwitabira imikino paraleympike izabera i rio brazil umwaka utaha mu bagabo ikipe misiri niyo yabonye itike nyuma gutsinda ikipe y’u rwanda maseti - kalisa eduard umunyamabanga uhoraho minisiteri siporo n’umuco yabwiye abanyamakuru kuba amakipe y’u rwanda akomeye sitting volleyball bigaragaza shampiyona ikomeye ku bijyanye n’ishimwe ry’abakinnyi kalisa yavuze bazicara bakabyigaho nzeyimana clestin umuyobozi komite y’igihugu y’imikino y’abafite ubumuga npc rwanda yabwiye ikinyamakuru izuba rirashe kwakira mikino y’afurika sitting volleyball bisigiye igihugu kumenya gutegura abatekinisiye bariyongereye kuko babaye amahugurwa y’abasifuzi buryo abitwaye neza bazajya basifura imikino mpuzamahanga nzeyimana avuga ikindi gikomeye ukubona itike kuzitabira imikino paralempike izabera i rio brazil umwaka utaha ibihugu bitandatu nibyo byitabiriye marushanwa y’afurika yabereye rwanda harimo misiri kenya u burundi congo kinshasa algeria n’u rwanda rwakiriye amarushanwa indatwanet
0politics
remera abasore babiri bafunzwe bazira kwiba amafaranga arenga miliyoni eshanu
nyuma y’ibyumweru bibiri polisi y’igihugu ibashakisha gatandatu ma saa yine z’ijoro nibwo polisi yabataye yombi ndetse n’abagore i nyamabuye karere muhanga mu kiganiro n’amabanyamakuru nyandwi yatangaje yemera icyaha yakoze akanagisabira imbabazi kandi ingeso y’ubujura atari ayisanganwe ati nari nsanzwe ntora amafaranga mesnhi nkayabasubiza nange sinzi byangendekeye kuko nagiye gukora amasuku nsanga icyumba kirafunguye ndebye kabati mbonamo amafaranga mpita nyatwara abibye amafaranga bamaze gukoreshamo ibihumbi baguzemo ibikoresho munzu mu mafaranga yibwe habonetse agera miliyoni n’ibihumbi n’amadolari asubizwa nyirayo uwibwe anil kumar yashimiye polisi y’igihugu kuba yamufashije kugaruza mafaranga yatangaje kuba yongeye kubona mafaranga bizamugarurira icyizere bagenzi bakorana amafarnga yibwe sosiyete angelique international kumar akaba umuyobozi wungirije sosiyete yari amaze iminsi afite ikibazo bakorana bazakeka ariwe wayatwaye none gikorwa cyaramufashije cyane umuvugizi polisi y’igihugu supt theos badege yasabye abantu kwirinda kwibikaho amafaranga menshi kuko bikurura ibibazo byakabaye byirinzwe yibukije hari uburyo kubika amafaranga mutekano kandi akayabona igihe ayashakiye yatanze urugero rw’amakarita atm asigaye akoreshwa n’amabanki menshi gihugu emmanuel hitimana
1sport
nta ngaruka n’imwe u rwanda ruzaterwa n’abarusebya perezida kagame
mu ijambo rye ritangiza icyunamo kwibuka abazize jenoside yakorewe abatutsi u rwanda cyatangiye gatandatu tariki perezida paul kagame yasezeranyije abanyarwanda leta n’inzego ishamikiyeho bizakora ibishoboka byose kugira inzira y’iterambere u rwanda rwihaye idahagarara perezida paul kagame yagize nababwiraga mahirwe miliyoni miliyoni mahirwe bafitemo kugira badusubize inyuma kuko bidashoboka ntibishoboka ntabwo bishoboka muri jambo yavuze ndimi ebyiri icyongereza n’ikinyarwanda umukuru w’igihugu yibajije impamvu ibihugu byitwa byateye imbere demokarasi ntacyo bikora bigeze imbere y’ubutabera abakoze jenoside bidegembya mijyi yabyo gihe u rwanda rwibuka yavuze n’iyo babafashe babikora nyirarureshwa nyuma y’igihe gito bakabarekura gihe bihugu batewe byiyambaza isi kugira ibifashe guhangana n’abagizi nabi kagame yakomeje agira ntabwo byakumvikana impamvu banyarwanda cyangwa bandi dufitanye isano nk’abanyafurika bitagenda bityo bivuze wenda agaciro k’abanyarwanda cyangwa abanyafurika gato perezida w’u rwanda yasoje ijambo rye asaba abanyarwanda gukomeza kugira imbaraga gukomeza gufatanya kugira bakomeze guhangana n’ibibazo bahura kubaka ubuzima bwabo emmanuel n hitimana
0politics
motari yamenye atwaye amaze kwiba ibihumbi ahita amujyana polisi
polisi y’ u rwanda yafashe abasore babiri bamaze kwiba amafaranga y’umucuruzi murenge kibeho karere nyaruguru polisi y’ u rwanda yafashe abasore babiri bamaze kwiba amafaranga y’umucuruzi murenge kibeho karere nyaruguru kuri kabiri tariki mutarama masaha y’umugoroba polisi y’u rwanda ikorera karere huye yafashe umusore wibye amafaranga y’umucuruzi murenge kibeho akagari kibeho karere nyaruguru ni ubujura bivugwa bwari bukozwe n’abasore babiri ariko bufatanye n’abaturage polisi y’u rwanda yabafashe bagifite mafaranga ni amafaranga agera bihumbi y’amanyarwanda bibye umucuruzi witwa nsanzimana tharcisse abasore bibye mafaranga uwitwa bayiringire jonathan w’imyaka muhayimana benot w’imyaka akaba akomoka karere kayonza umuvugizi polisi ntara y’amajyepfo chief inspector of police cip sylvestre twajamahoro avuga mbere kwiba ariya mafaranga babanje gucunga jisho umugore nsanzimana nyiri iduka bakinjira nzu yagize uyu mugore nsanzimana niwe warimo gucuruza avuga habanje kuza umukiriya akagura yaraje guhaha yarangiza akagenda agahita yinjira cyumba cy’iyo nzu irimo iryo duka nyuma y’akanya gato yasohoka akabona umwe basore bafatanywe mafaranga kurenga muryango asohotse uyu mugore yaje kugira amakenga ajya kureba babika amafaranga arayabura ahita atekereza basore basohotse kuko yababonye kare bazenguruka acururiza anibuka yabonye umwe asohoka iduka niko guhita atabaza abaturage baraza cip twajamahoro avuga abaturage bahise bahagera bashakisha basore baza gufata umwe ariwe muhayimana benoit yihishe kuko wasohotse nyuma iryo duka bamusatse basanga ntayo afite bamubajije mugenzi avuga yateze moto akagenda abaturage bahise bajya abamotari bakorera bababwira umumotari utwaye musore bahita bamuhamagara bamubwira atwaye yibye umumotari atekereza uburyo yaje akamubwira niyihute amugeze i huye akamuca ibihumbi bine agahita ayamuha atazuyaje yumva koko byaba niko guhita amutwara cyicaro polisi ikorera karere huye kugira amujyane basezeranye umuvugizi polisi ntara y’amajyepfo avuga mumotari akimara kumugeza polisi musore bamubajije ibyayo mafaranga abanza kubihakana bamusatse bayarayamusangana yakabaye narimwe riravamo polisi yahise ihamagara uwari wibwe ariwe nsanzimana tharcisse asubizwa amafaranga basore bayibye bashyikirizwa urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaharib rukorera sitasiyo polisi kibeho bakurikiranwe cyaha bacyekwaho cip twajamahoro yashimiye uruhare rw’aba baturage n’uwo motari gutabara umuturage mugenzi wabo abasaba gukomeza bufatanye kwicungira umutekano n’uko buri wese yaba ijisho mugenzi batangira amakuru gihe
1sport
nyuma y’amakipe y’ibihugu shampiyona zagarutese manu vs arsenal atletico vs real milan vs inter dortmund vs
nyuma y’ibyumweru bibiri abakinny mukunda bahugiye makipe y’ibihugu byabo weekend shampiyona mukunda ziragaruka hamwe n’imikino ikomeye bwongereza hatagerejwe manchester united izakira arsenal esipanye real mdrid izasura atletico madrid budage buyern munich izakina dortmund milan ac ikine inter- milan butaliyani mourinho vs wenger biravugwa cyane kurusha manchester united izakira arsenal jose mourinho arsene wenger abagabo bagira uguhangana cyane byahereye myaka mourihno akigera bwongereza gutoza chelsea mu mikino wenger ntaratsunda mourihno muri i stamford brigde bendaa kurwana bagiye guhura unitediri inyuma arsenal ho amanota nyuma y’uko kandi united yatsinzi umukino umwe gusa iheruka gukina manchester united vs arsenal gatandatu saa hpm umuriro uzaka i madrid real madrid ntirongera gukora shampiyona gusa season yatangira ntibaratsindwa umukino n’umwe bituma banaza imbere n’amanota abiri barusha barca muri shampiyona atletico imaze iminsi ishobora real n’ubwo uefacl real nayo ihora iyibabaza uyu mukino kuwa gatandatu saa pm live sky sports i milan ho ubwatsi nib buzatanga ubuhamya nyuma y’amasaha iby’i madrid birangiye ibirori bizakomereza i milan butariyani amakipe mujyi ac inter milan zizesurana kibuga sinasangiye san siro n’ubwo makipe y’amateka yasaga nk’ayazimye uyumwaka arikwiyuburura cyane cyane milan ac milan vs inter kucyumweru saa pm live bt sport imbere y’abafana buyern munich dortmund zizisobanura ni umwe mikino iryoha hariya mugabane w’iburaayi ukanagira kinini uvuze bundes liga aya makipe yonyine yarwaniye ibikombe shampiyona myaka irindwi ishize n’ubwo ibintu bishobora guhinduka nyuma kuza red bull leipzig n’umuherwe wayo buyern ntiratsindwa shampiyona iya mbere n’amanota inganya n’iyi leipzig bitandukanye dortmund mwanya n’amanota borussia dortmund vs bayern munich kuwa gatandatu saa saturday pm live bt sport yanditswe lucky van rukundomuhaburarw
2economy
rwandair igiye gushyiraho ingendo nshyashya
izo ngendo izatangiza harimo nk’izerekeza dubai bazongeramo umunsi kuwa mbere nk’uko byifujwe n’abatari bake gusa gahunda nshya hamwe n’uburebure bw’ingendo zizajya zikorwa ntibirashyirwa ahagaragara ariko nyuma kwakira ndege kabiri bugere i kigali kuri kabiri bazamenyesha abifuza kujyana rwandair gahunda zabo zizaba ziteye mu ngendo zitandukanye izajya ikora rwandair ntiyibagiwe abagana lagos ndetse bindi bihugu by’afurika y’uburengerazuba berekeza brazaville libreville kuko nabo gahunda nshya bazibonamo anne marie niwemwiza
1sport
abambaye ubusa bakoze umutanbagiro kwigaragambya mihanda y’i buruseli amafoto
abasaga bagendera magare i buruseri bubiligi bazindukiye myigaragambyo cyumweru batambagiye mihanda itandukanye y’uyu mujyi bambaye ubusa ni imyigaragambyo ikozwe nshuro abayikora bavuga baharanira uburenganzira bw’abagendera magare bakunze kwirengagizwa muhanda ndetse bagakorerwaho impanuka nyinshi bityo bakaba bafata mwanya bibutse abantu nabo bagendera muhanda bagendaga bambaye ubusa buriburi kuri twe ingenzi cyane kuba twambaye ubusa kuko kwambara ubusa ikimenyetso kubohokaakenshi impanuka ziba kuko batatubona ubu baratubona rwose ntakabuza jrme jolibois wateguye myigaragambyo yahawe izina cyclonudista bifuzaga kubonwa ikindi kandi bigaragambije bifuzaga umwanya uhagije rubanda nk’ jerome yakomeje abitangaza atiinzira z’amagare biri ngombwa nko nzira ndende icyo twifuza cyane ukubona umwanya uhagije dusangira n’abandi umunyamaguru abasha kugendera n’igare rikahagendera ndetse ntiduhezwe mihanda migari dore amwe mafoto y’abigaragambyaga src sur
0politics
bugesera umurego kurwanya ibiyobyabwenge
ibi baturage babitangaje cyumweru polisi y’igihugu bufatanye n’ubuyobozi bw’akarere bagiye kariya gace guta yombi abaturage bacuruza ibinyobwa bitemewe n’amategeko abaturage batuye aka gace mirambi bavuga gakunda kugaragaramo ikibazo cy’umutekano muke bikururwa n’ibibazo bitandukanye birimo ubujura n’icuruzwa ry’ibiyobyabwenge kanyanga irimo cyane mezi abiri ashije hiciwe abantu babiri karemera sam umuyobozi polisi ntara y’iburasirazuba witabiriye igikorwa guta yombi abaturage bakoze uruganda gucuruza kanyanga kariya gace yatangarije abaturage gihe kitari gito polisi igiye gushyira bikorwa icyifuzo cyabo gufungura ishami ryayo aka gace icyakora ariko karemera yababwiye icyihutirwa kurusha ibindi ukugira ubushake gufatanya n’ubuyobozi bw’akarere guhangana n’ibikorwa bibahungabanyiriza umutekano rwagaju louis umuyobozi w’akarere bugesera kubufatanye n’abari bahagarariye inzego z’umutekano bitabiriye gikorwa yabwiye abaturage bagomba kwirinda ibikorwa gucuruza kanyanga n’ibindi biyobyabwenge byose kuko nyir’abayazana w’umutekano muke karere bugesera rwagaju kandi yavuze ubuyobozi bw’akarere bwari busanzwe buzi ibihakorerwa icyari gisigaye ukuza guta yombi abacurizi kanyangaati’’twari tubizi icyari gisigaye cyari umwanya kuza kubafata iyo uhamwe n’icyaha gucuruza kanyanga inzoga itemewe n’amategeko y’u rwanda uhanishwa igihano cy’igifungo kiri hagati y’amezi atatu n’imyaka itanu cyangwa ihazabu y’amafaranga ibihumbi byaba ngombwa ukabihanishwa byombi mimi rachel mukandayisenga
0politics
urubanza rw’umuyobozi w’ ikinyamakuru umurabyo ruzasubukurwa umwaka utaha
urukiko rwabitangaje gatatu tariki ugushyingo rukiko rwikirenga kimihurura abaregwaga bahageze biteguye kuburana ariko ubushinjacyaha bukabura agnes nkusi uwimana mugenzi bajuririye rukiko rw’ikirenga nyuma yaho urukiko rukuru repubulika ruhamije agnes ibyaha yaregwagwa n’ubushinjacyaha akatirwa igihano gufungwa imyaka n’ihazabu y’amafaranga ibihumbi agnes uwimana akurikirankweho ibyaha gupfobya jenoside kuvutsa igihugu umudendezo gusebanya n’amacakubiri umwanditsi mukuru w’iki kinyamakuru umurabyo saidath mukakibibi urukiko rukuru rwari rwamukatiye igihano gufungwa imyaka kuri kabiri kandi hari hateganyijwe urundi rubanza rw’umukuru w’ishyaka ps imberakuri bernard ntaganda uru rubanza narwo ntirwabaye kubera ubushinjacyaha butabonetse tariki gashyantare mwaka urukiko rukuru rwari rwakatiye bernard ntaganda igihano gufungwa imyaka kubera ibyaha akurikirankweho birimo kuvutsa igihugu umudendezo gukora imyigaragambyo itemewe ndetse n’amacakubiri eric muvara
0politics
huye impanuka ikomeye yahitanye umwe imodoka irangirika bikomeye amafoto
mu rukerera gashyantare murenge mukura karere huye habereye impanuka ikomeye y’imodoka rav purake ifite radz yahitanye pascal kalisa gakwaya uyitwaye mu rukerera gashyantare murenge mukura karere huye habereye impanuka ikomeye y’imodoka rav purake ifite radz yahitanye pascal kalisa gakwaya uyitwaye umuvugizi polisi y’ u rwanda ntara y’ amajyepfo cip sylvestre yatangarije ukwezi amakuru y’ mpanuka bayamenye gitondo saa kumi ndetse bageze impanuka yabereye basanga imodoka yataye umuhanda igonga borune igwa ishyamba yagize saa kumi gitondo nibwo mpanuka twayimenyeumuturage ahamagaye avuga habaye impanuka tujyayo dusanga yagonze borne ariya mapoto muhanda iramanuka agonga igiti cip twajamahoro avuga abapolisi bagerageje kuvana umurambo modoka birabagora bitabaza ishami rishinzwe kuzimya inkongi fire brigade bakatagura modoka umurambo bawukuramo harakekwa mpanuka yatewe kurenza umuvuduko wagenwe polisi y’ u rwanda ihera isaba abashoferi kubahiriza umuvuduko ntarengwa igihe batwaye imodoka pascal kalisa gakwaya atuye murenge tumba karere huye hari amakuru avuga mugabo yakoze impanuka avuye kigo nderabuzima mubumbano ajyanye umuntu kumwe i tumba iyi mpanuka yabereye muhanda huye-akanyaru pascal ariwe modoka wenyine umurambo nyakwigendera wajyanywe bitaro chub
4entertainment
knowles ntateze kuzibagirwa rimwe umubyeyi wajyaga kumushakira amagi y’inkware
umuhanzikazi butera knowless uzwi nk’icyamamare hirya hino bitewe n’indirimbo ze zihogoza ndetse zigasusurutsa imitima benshi ahamya kugeza hari ikintu yigeze gukorerwa n’umubyeyi akiri umwana adateze kuzibagirwa gato aricyo kujya kumushakira amagi y’inkware knowless ashima urugendo umubeyi yakoze amushakira amaramukoaho agira atimu by’ukuri sinteze kuzibagirwa nagato uburyo umubyeyi wanjye witwaga butera yigeze kurenga impinga agiye kunshakira amagi y’inkwareibi bisa n’umutego yateze buzima bwanjye kuko aricyo kintu nkunze kwibuka inshuro nyinshi bigatuma nzirikana urukundo rwe kibyeyi i muahanzikazi atibuka neza magi amera ariko azirikana urukundo rudasanzwe umubyeyi amufitiye atiwenda sinibuka uburyo amagi y’inkware amera gusa mbitekereje mpita numva ababyeyi banjye hari ikintu bigomwaga kugira mbeho neza nari umwana umwe barankundaga cyane mbyibutse mpita mvuga ubutwari kuba umubyeyi wigomwaga buri kimwe kugira ubuzima bw’umwana bugende neza butera jeanne uzwi mazina y’ubuhanzi knowless avuga bwana bwe yakuranye inzozi kuzatunga imiturirwa n’imodoka kandi bimwe akaba amaze kubigeraho knowless muhanzikazi rwanda umaze kwegukana igihembo primus guma guma supa starakaba kandi aherutse kwibaruka imfura y’umukobwa nyuma kurushingana producer ishimwe clement yanditswe anaclet ntirushwa
10religion
kigali abangilikani batangiye kubaka inzu igeretse izuzura mezi itwaye miliyoni
itorero ry’abangilicani rwanda ryatangije umushinga uhuriweho n’amadiyosezi kubaka inzu y’ubucuruzi paruwasi remeragiporoso izuzura gihe gito itwaye miliyoni z’amafaranga y’u rwanda itorero ry’abangilicani rwanda ryatangije umushinga uhuriweho n’amadiyosezi kubaka inzu y’ubucuruzi paruwasi remeragiporoso izuzura gihe gito itwaye miliyoni z’amafaranga y’u rwanda ni inyubako yashyizweho ibuye fatizo gatandatu tariki werurwe n’abepisikopi b’amadiyosezi gihugu bayobowe bishop dr mbanda laurent ni umushinga ugamije kuzazamura amikoro y’iri torero ndetse ukazanabafasha bikorwa binyuranye birimo uburezi ndetse kubyara indi mishinga iyi nyubako mbere y’ubucuruzi igiye kubakwa n’iri torero izaba igeretse kane yubatse buso metero kare zirenga ibihumbi ikazaba igizwe n’ibyumba gucururizamo bishop muvunyi louis uyobora itorero ry’abangilikani mujyi kigali yavuze nyubako ikimenyetso cy’ubumwe bw’abangilikani b’abanyarwanda iterambere yagize abantu bashyize hamwe ibintu byiza cyane ubufatanye ikintu cy’ingenzi biratunejeje cyane kugira igikorwa nk’iki cy’ubumwe iterambere ry’itorero ry’igihugu bishop dr laurent mbanda uyobora itorero ry’abangilikani rwanda ashimangira nyubako bagiye kubaka izabunganira kuzamura ibikorwa by’itorero ndetse n’iby’abayoboke rusange avuga bafitiye icyizere cy’ahagiye kubakwa nyubako kuko kamwe duce tw’ubucuruzi dukomeye mujyi kigali yagize twizera nyubako izahitako ibona abayikoreramo kubera urebye aka gace usanga gakorerwamo ubucuruzi cyane ugereranyije n’utundi duce two kigali yavuze itorero ry’abangilicani rwanda rifite ikigo cy’ubucuruzi kihariye kitwa rwanda anglican investment company raic cyahawe inshingano kugenzura ibikorwa byaryo by’ubucuruzi ndetse n’ibindi bibyara inyungu yagize itorero ryacu anglican dufite kampani yitwa raic izajya ikora business ndetse inagenzura ibikorwa byose byacu bibyara inyungutugiye kuyishyiramo abantu b’abahanga bazi bakora tukayikuramo abapasitori kuko rimwe rimwe twavanze ibintu birapfa ukuvanga amasaka n’amasakaramentu iyo twahaye ibintu abantu badasobanukiwe ibintu birononekara bishop dr laurent mbanda yavuze ibikorwa byabo gushaka kubikorana imbaraga zidasanzwe nyubako izuzura gihe cy’amezi gusa bishop dr laurent mbanda uyobora itorero ry’abangilikani rwanda atangizza ibikorwa kubaka nyubako bishop dr laurent mbanda uyobora itorero ry’abangilikani rwanda bishop muvunyi louis uyobora torero mujyi kigali bashyiraho ibuye fatizo
13relationship
data utubyara warakoze cyane bwitange wagize biriya bihe kugeza n’ubu- ange ingabire kagame
umukobwa perezida repubulika ange ingabire kagame yafashe umwanya gushimira byimazeyo abatanze ubuzima bwabo kubohora u rwanda barangajwe imbere se paul kagameperezida kagame mwambaro gisirikare hamwe n’abana ivan ibumoso ange iburyo ifotointernet abinyujije rubuga rwe twitter ange kagame yabanje kwifuriza abanyarwanda umunsi mwiza kwibohora u rwanda rwizihiza nshuro ashyiraho ifoto kumwe musaza ivan cyomoro kagame ndetse se yambaye umwambaro gisirikare yagize umunsi mwiza kwibohora bavandimwe banjye b’abanyarwanda ndashima cyane abagabo n’abagore batanze ubuzima bwabo tubone ubwisanzure twishimira none yakomeje agira cyane cyane data utubyara warakoze cyane bwitange wagize biriya bihe kandi ukomeje kugaragaza kugeza ange ingabire kagame ubuheta perezida paul kagame jeannette kagame akaba mukobwa bafite uvukana basaza batatu happy liberation day to my rwandan brothers sisters thank you to the men women who gave their lives for the freedoms enjoy todayperezida kagame mwambaro gisirikare hamwe n’abana ivan ibumoso ange iburyo ifotointernet yanditswe ubwanditsimuhaburarw
13relationship
ange kagame bertrand bakoreye ukwezi buki ’honeymoon’ pariki nyungwe
ubwo hari tariki nyakanga kimihurura ifak saa yine gitondo habereye umuhango gusezerana imbere y’imana hagati ange ingabire kagame ndengeyingoma bertrand bijyanye n’ukwemera gatolika muhango wayobowe musenyeri kambanda antoine
9fashion
haute baso inzu imaze kuba ubukombe by’imideli rwanda
iyi nzu y’imideli yatangijwe n’abagore babiri basanzwe buri wese giti cye ahanga imideli nyuma kuganira bahitamo gukorera hamwe kuko basanze guhuza imbaraga byatuma barushaho kubona umusaruro umwe asanzwe afite inzu y’imideli yitwaga haute rwanda’ yakoraga ibijyanye n’imitako n’amasakoshi akorera baso designs’ yakoraga imyenda nabyo byaje guhuzwa havuka haute baso mu kiganiro igihe yagiranye n’umwe bashinze nzu y’imideli yasobanuye batangiriye gishoro cy’ibihumbi bibiri by’amadolari gusa ndetse babanje kumenyekanisha imyambaro bahanga kuyikwirakwiza binyuza mbuga nkoranyambaga ati twatangiye ducururiza mbuga nkoranyambaga ntabwo twari dufite iduka twashyize imbaraga kugira urubuga internet facebook abantu baratwandikiraga bakatubwira turashaka tukakibashyira mu ukwakira nibwo haute baso yashinze iduka ryayo mbere bikaba byaragezweho nyuma kwizigama amafaranga bakuraga gucururiza mbugankoranyambaga ubu bafite ababahagarariye kenya leta zunze ubumwe amerika kuva batangira bagiye bagira amahirwe menshi kumurika imideli bahanga ahantu hatandukanye ndetse bakaba bashima ubufasha leta y’u rwanda n’urugaga rw’abikorera psf bidahwema guha rwiyemezamirimo bakiri bato mu mpera bagize amahirwe guhabwa inkunga n’umuryango spring usanzwe ufasha imishinga ishobora kuzana impinduka bihugu biri nzira y’amajyambere by’umwihariko bakobwa aya mafaranga yatumye bagura ibikoresho byinshi bakenera guhanga imideli kuko ubusanzwe bakorana n’amakoperative abadodera ariko ibikenewe byose babyizaniye bamuritse bakora bihugu birimo afurika y’epfo umwe yatangiye ibijyanye n’imideli yigaga kaminuza hanze y’u rwanda yaza biruhuko abantu bakamutuma impano akuye rwanda ati hari nko mama wanjye yabaga inaha nkaza kumusura nta bindi bintu byiza byahabaga washyira abantu nk’impano natangiye gukora utuntu duke nkabijyana abantu bakampa amafaranga hari umugore nari nzi ubizi nahitagamo ankorera nyuma gufata umwanzuro kubikora nk’umuyoboro kugaragaza ibitekerezo bye yaje guhura mugenzi batangira gufatanya urugendo binyuze haute baso ati kiriya gihe ibijyanye n’imideli ntabwo byafatwaga nk’akazi byari bigoye kubwira umuntu aguhe inguzanyo utangira inzu y’imideli birashoboka twebwe twakoresheje twari dufite buri wese yazanye uruhare rwe tuyashora kugura ibikoresho yagaragaje bigoye kugaragaza amafaranga bamaze kunguka bikorwa byabo kuko inyungu babonye bongera bagashora bikorwa byabo kugira bikomeze kwaguka ati kuri njye ntabwo mbibara mafaranga umubare w’abantu dufite ubushobozi gukoresha twatangiranye n’abantu bane gihe kitageze myaka ibiri tugeze umubare w’abanyabukorikori dushobora gukorana bitari umunsi umwe ahubwo igihe cyose iryo ryo terambere haute baso aba bahanzi b’imideli kandi bamaze kwitabira ibikorwa kumurika imideli bitandukanye by’imideli kampala fashion week uganda origin africa trade show madagascar collective rw mercedes benz fashion week afurika y’epfo iza bikomeye cyane afurika banambitse kandi ibyamamare bitandukanye birimo n’abagize itsinda saut sol ryo kenya gutumiza ibikoresho hanze biracyari inzitizi kuba ibikoresho byinshi bakenera babitumiza mahanga bituma bahendwa cyane nabyo bituma igiciro cy’imyenda ikorerwa rwanda kijya hejuru ugereranyije n’ibindi biva hanze hari icyizere bizahinduka ariko kuko u rwanda ruherutse gufata umwanzuro kudasoreha ibikoresho byifashishwa budozi kuba bakiri bato kandi bituma hari bamwe badaha agaciro gakwiye bakora ariko none bakishimira u rwanda rushyigikira rwiyemezamirimo by’umwihariko abagore made in rwanda’ yaje igisubizo gahunda made in rwanda’ igamije gushishikariza abanyarwanda gukoresha ibikorerwa gihugu bayibona nk’uburyo gutuma bakora bitera imbere kurushaho ati urabizi guca imyenda caguwa bizateza imbere ubucuruzi nk’ubwacu ni byiza turi kugira uruhare gushyiraho uburyo buzatuma ubucuruzi bwacu butera imbere mu gihe caguwa idahari abantu benshi bazakenera kwambara amafoto bimwe bikorwa haute baso
13relationship
nigute wamenya umukobwa akiri isugi cyangwa yatakaje ubusugi inkuru
posted by emmy kuri rwandapaparazzirwtv total views views today
2economy
kayonza abimuwe ahubakwa uruganda rutunganya soya barasaba inguraye bemerewe
aba baturage bavuga kugeza mpamvu n’imwe babona yaba yaratumye batishyurwa kimwe n’abandi kuva kwezi cyenda k’umwaka ushize baturage bimurwaga masambu bahise basabwa gutanga ibyangombwa by’ubutaka kugira bishyurwe amafaranga kubishyura yanyujijwe konti y’akarere kayonza buryo abaturage babwiwe bakimara gutanga ibyangombwa by’ubutaka bazahita banahabwa amafaranga y’ingurane kugeza abantu barindwi batarishyurwa baravuga babajije impamvu batishyurwa gisobanuro gifatika bahabwa barirunga jean marie vianney avuga buri gihe agiye kubaza impamvu atishyurwa umukozi w’akarere kayonza ushinzwe ubutaka amubwira nategereze aba baturage batarishyurwa babajwe cyane kuba kwezi cyenda kintu bemerewe gukorera masambu kandi n’ingurane barahabwa ati njye kurambirwa rwose buri gihe njya karere potel ushinzwe ubutaka karere kayonza akambwira nitonde baracyabirimo none imirimo kubaka uruganda yaratangiye kandi kwezi cyenda kintu nari nemerewe kuba nakorera butaka bwanjye undi baturage batarishyurwa witwa munyabuhoro jean de dieu avuga umukozi ushinzwe ubutaka karere yamubwiye ibyangombwa bye by’ubutaka byabuze kandi yabitanze karere kimwe n’abandi ubu bamubwira agomba gusubira murenge gushaka ibindi byangombwa by’ubutaka bwe umuyobozi w’akarere kayonza avuga abaturage batarishyurwa ubutaka buriho imanza z’umuturage witwa karera wavuze bibaruje butaka bwe kibazo kikaba kigomba gukemurirwa nkiko cyangwa bunzi umuyobozi w’akarere kayonza yemeza amafaranga y’abo baturage karere bakazishyurwa ikibazo cyakemutse aba baturage batarishyurwa bavuga ubutaka karera yavugaga ubwe bwamaze kwishyurwa kera bavuga karera ashobora kuba akoreshwa nk’urwitwazo rutuma batishyurwa bamwe bavuga bashobora kujya nkiko kurega akarere kayonza baramutse batishyuwe gihe vuba cyprien m ngendahimana
0politics
burera - yikase ijosi akoresheje ponseze ponceuse
nk’uko bitangazwa bamwe babonye biba mugabo asanzwe afitanye amakimbirane n’umugore mbere y’uko yiyahura gasantere cyanika kunywa inzoga ndetse kumwe n’umugore batashakanye umugore bashakanye yaje kumubona ahita aza ako kabari atangira kwendereza umugabo amutuka biryuwiziritse yahise agira umujinya ahita asohoka ajya bakorera inzugi n’amadirishya afata ponceuse ahita yikata ijosi ubwo yikataga ijosi ntabwo nyir’iyo ponceuse witwa rwamuhungu boniface ahari ngo yagiye kugura ikarita telefone butike polisi ikorera ako gace yahise ifunga rwamuhungu ukuriye polisi ako gace yatangaje bamucumbikiye rwego kumurindira umutekano ngo nibamara kumenya ukuri urwo rupfu bazahita bamurekura norbert niyizurugero
0politics
iki kibuga ntabwo umutako gusura noheli n’ ubunani’ perezida kagame
perezida w’ u rwanda paul kagame yafunguye mugaragaro sitade y’ imikino y’ intoki kigali arena’ avuga abanyarwanda bagomba kuyibyaza umusaruro kuko atari atari umutako perezida w’ u rwanda paul kagame yafunguye mugaragaro sitade y’ imikino y’ intoki kigali arena’ avuga abanyarwanda bagomba kuyibyaza umusaruro kuko atari atari umutako iyi sitade yubatswe iruhande sitade amahoro umuhango gutaha stade wabaye gatanu witabiriwe n’abayobozi barimo perezida kagame wayifunguye madamu jeannette kagame minisitiri w’umuco siporo nyirasafari esprance minisitiri w’urubyiruko rosemary mbabazi n’abandi batandukanye bitabiriye perezida kagame yashimiye abubatse sitade kuko bayubatse gihe gito avuga nubwo bayubatse gihe gito bayubatse neza yagize ndashaka gushimira abubatse arena kampani yitwa summa turikiya bayubatse mezi bakoze amanywa n’ ijoro uku niko dukwiye kwiga gukora vuba kandi tugakora ibifite ubuziranenge abakoze imirimo kubaka sitade abanyarwanda perezida kagame yanashimiye masai ujiri perezida toronto raptors wazanye igitekerezo guteza imbere imikino basketball afurika gitekerezo cyashigikiwe komiseri nba adam silver amadou fall umukuru w’igihugu yabwiye urubyiruko ijambo giants’ risobanura ibihangange’ avuga kuba u rwanda rushobora kubaka ibikorwaremezo nk’iyi nyubako igihugu cy’igihangange bityo nabo bagomba kubikoresha bakazavamo ibihangange ati kwitwara nk’ibihangange bituruka bikorwa ntabwo ungana gusa cyangwa ukora ugaragara nk’igihangange ugakora nk’igihangange ubacyo n’u rwanda igihangange tugomba kubishingira bikorwa ntabwo nyubako twayikoreye isa neza tuzaza tuza kuyireba tukishima twayikoreye kugira ibihangange by’u rwanda afurika bishobore kuhitoreza kuhatsindira yakomeje agira ba bana twabonaga bato tubarere tubakuze bikorwa byinshi byiza byubaka igihugu cyacu bakure bashaka kuba ibihangange kandi babe mu gufungura stade habaye imikino ibiri shampiyona basketball igeze cyiciro playoffs bakobwa the hoops yakinnye apr bagabo reg patriots kigali arena yubatse buso metero kare ibihumbi ikagira parikingi y’ imodoka ifite ibyumba abantu bambariramo icyumba cy’ abanyamakuru n’ icyumba gusuzumiramo abakinnyi batafashe imiti yongera imbaraga z’ umubiri
7tourism
imikorere y’amahoteli rwanda ntiri rwego mpuzamahanga
mu itangazo yashyize ahagaragara cyumweru gishize rdb ivuga amahoteli abiri gusa serena hotels gorillas group mahoteli rwanda ariyo yujuje ibisabwa aka karere eric musanganya ukuriye amashyirahamwe y’amahoteli rwanda yatangarije ikinyamakuru the east african uru rwego rukwiye kwisubiraho yavuze amahugurwa kwakira abantu guteka nayo yongerewe ayo mahugurwa agamije kongera ubushobozi guteka gutanga serivisi kurinda ingo kwakira abantu umwe bahawe mahugurwa odette kabarayinga yatangaje kuba mujyi kigali hagenda hagaragara amahoteli rwego mpuzamahanga bisaba guhindura imikorere haba ruhande rw’abakozi ruhande rw’abanyiramahoteli ati dukwiye kubaha mahugurwa tubishyizeho umwete kugira adufashe kongera ubumenyi bw’uburyo duha serivisi abakiriya bacu abanyarwanda cyangwa abanyamahanga emmanuel n hitimana
0politics
u butaliyani insengero zemerewe gufungura ariko zishyirirwaho amabwiriza kwirinda coronavirus
muri gitondo abakirisitu basubiye nsengero igihugu kikaba gikomeje koroshya ibikorwa bimwe bimwe nyuma y’igihe bifunzwe umuyobozi w’inama y’abepisikopi butaliyani gualtiero bassetti yavuze nubwo insengero zifunguye abantu basabwa kubahiriza amabwiriza harimo kujya bambara udupfukamunwa kandi bakirinda kwegerana avuga rusengero abantu basabwa kujya batandukana bicaye cyangwa bahagaze harimo kandi ahashyirwa amazi y’umugisha kintu kigomba kuba kirimo guhana ikimenyetso cy’amahoro n’ibindi kuri mbere kiziliya basilica nayo yafunguye imiryango nyuma y’umwanya muto umushumba kiliziya gatolika papa francis yishimiye ivuka papa yohani pawulo kabiri wabonye izuba papa francis yavuze bigwi byaranze yohani pawulo kabiri harimo yazengurutse isi yigisha gushyira hamwe urukundo n’ibindi kuva icyorezo coronavirus cyaduka papa francis ntiyongeye guhuza abantu benshi kiliziya ahubwo hakoreshwaga uburyo bw’ikoranabuhanga kugeza ntibiramenyekana uburyo mushumba kiliziya gatolika azatangamo isengesho u butaliyani kimwe bihugu byashegeshwe cyane coronavirus kuko abantu baranduye barapfa gihe aribo bakize
2economy
hadutse indwara y’imyumbati ishobora kuba icyorezo fao
ishami y’umuryango w’abibumbye ryita biribwa ndetse n’ubuhinzifao rivuga indwara yitwa cassava brown streak disease cbsd ishobora kuba icyorezo ibyo babivuga bahereye kuba mwaka ndwara yaragaragaye gihugu uganda mu mezi make ashize kandi ndwara yagaragaye burundi repubulika iharanira demokarasi kongo fao ivuga bigoye komenya ndwara igeze kuko ititaweho bikomeye umwe bahagarariye fao witwa robson atangaza ikibazo gikomeye umuhinzi ashobora kugira afite imyumbati myiza nyamara irwaye bitewe n’uko ibimenyetso by’iyi ndwara bigaragarira mizi gusa fao itangaza kibazo giteye inkeke ngo ngombwa hafatwa ingamba zikomeye kuyirwanya kuko bwoko bumwe bw’imyumbati buhabwa abahinzi afrika bushobora guhangana n’iyo ndwara fao ivuga hari ingamba zishobora gufatwa ndwara ntikomeze gukwira ahantu henshi muri ngamba harimo gucungira ikwirakwizwa ry’imyumbati igomba guterwa ndetse gukangurira abahinzi kurandura inyumbati babonye yafashwe n’iyi ndwara abahanga fao bavuga gusiganwa n’igihe kugira barwanye virusi bakaba bahamagarira amahanga kubatera inkunga bakaba bifuza guha amahugurwa abahinzi ndetse guhagarika ihanahana ry’icyo gihingwa kirwaye hagati y’uturere kuri amoko umunani y’igihingwa cy’imyumbati kugeragezwa n’ikigo mpuzamahanga cyita buhinzi international institute of tropical agriculture ayo moko akaba ashobora guhangana n’iyo ndwara kuburyo myaka ibiri imbere izatangwa bahinzi benshi imyumbati kimwe bihingwa bifitiye akamaro isi rusange kuburyo afurika ho ifatiye runini abantu benshi kuko ntabwo ikangwa n’ubutaka butera cyangwa se imvura nke bbc itangaza imyumbati ikunze kwibasirwa n’indwara zitandukanye zituma idatanga umusaruro ukwiye hari n’aho indwara ziyibasira buryo bitera inzara ikomeye uretse ndwara fao ivuga hadutse indi virusi nayo yibasiye igihingwa cy’imyumbati karere k’afrika y’iburasirazuba norbert niyizurugero
1sport
tour du rwanda abanyamerika bakomeje kuza isonga
kiel reijnen yabaye uwa mbere isiganwa ryatangira ariko igice kigali- rubavu kumugora uwa kane yongeye kwerekana afite ubuhanga gusiganwa ahamanuka n’ahatambika yongera kuba uwa mbere yakoraga ibirometero ava i rubavu agera i muhanga anyuze muhanda ngororero yakurikiwe n’umunyafurika y’epfo dylan girdlestone ukinana niyonshuti adirien mtn qhubeka umunyarwanda nathan byukusenge aza mwanya gatatu byukusenge yahise azamuka rutonde rusange aza mwanya kane ubuyobozi tour du rwanda buratangaza niyonshuti adiren benshi bategereje aza myanya y’imbere yagize impanuka itunguranye amaze kugera i rubavu yagushijwe n’igare atari isiganwa kuko arimo kwerekeza hotel bituma abababra ariko yanga irishwanwa ibi byanamugizeho ingaruka kuko abasiganwaga berekezaga i muhanga yaje mwanya ku rutonde rusange ruyobowe n’umunyamerika rosskopf joseph niyonshuti mwanya karindwi uwa mbere amurusha iminota itatu n’amasegonda ane gusa n’ubwo atarimo kwitwara neza rutonde rusange niyonshuti kugeza ufite igihembo cy’umukinnyi usiga abandi ahazamuka ikipe y’ u rwanda karisimbi iracyari mwanya mbere ikaba ikurikiwe team type indi kipe y’ u rwanda akagera ntabwo arimo kwigaragaza kuko mwanya kuri kane harakinwa igice gatanu abasiganwa bakaba bahagurutse i muhanga berekeza i huye bakora ibirometro bazava i huye gatanu bajya i karongi basiganwa igice gatandatu kibanziriza icya nyuma dore abakinnyi bakurikirana n’ibihe bamaze gukoresha kugeza rosskopf joseph type sanofi h’’’ reijnen kiel type sanofi h’’’ girdlestone dylan mtn h’’’ byukusenge nathan karisimbi h’’’ hategeka gasore karisimbi h’’’ ruhumuriza abraham karisimbi h’’’ niyonshuti adrien mtn rwa h’’’ habiyambere nicodem karisimbi h’’’ chenevier alxis rha fra h’’’ kogo benjamin ken ken h’’’ rudahunga emmanuel karisimbi h’’’ theoneste nisingizwe
2economy
gira inka munyarwanda umwe mu mihigo cy’icyerekezo
zimwe ntego z’iyi gahunda zijyanye n’icyerekezo urwanda rwihaye harimo gufasha imiryango itishoboye kubasha kugira icyororo gahunda kurwanya ubukene n’indwara zituruka kumirire mibi kwongera umusaruro uturuka kumatungo nk’amata n’ibiyakomokaho nk’inyama gufasha abanyarwanda kubona ifumbire ndetse kwagura umubano muco mwiza kugabirana inka mubanyarwanda gahunda gira inka munyarwanda igizwe n’ibyiciro bibiri byogira inka ngabirano gira inka nguzanyo muri gahunda gira inka ngabirano imiryago icyennye izajya ihabwa inka kubuntu hanyuma izagenda yororoka nayo izagende yoroza abaturanyi bityo bityo gahunda gira inka nguzanyo hazafashwa umuryango wujuje ibisabwa kuzahabwa inguzanyo kugirango ubashe kugura inka kworora bisabwa harimo kuba harateguye ibiraro bijyanye n’ubworozi kijyambere kubauyihabwa afite imirima y’ubwatsi buzatunga inka kugeza gahunda yageze batangiye kuragizanya kworoza abandi kuziturirana abana baranywa amata twavuga nko mukarere kamonyi ntara y’amajyepfo rwamagana ntara y’uburasira zuba kuwa ukwakira imiryango igera yahawe inka igabiwe n’abandi banyarwandaubusanzwe hateganijwe kworozwa imiryango igera ikennye kurusha indi gihugu hose kugeza hakaba hamaze kworozwa imiryango marie jose ikibasumba
0politics
darfur ingabo z’u rwanda ntizizacika intege
ibi umuvugizi w’ingabo yabitangaje nyuma yaho abasirikare babiri b’u rwanda ukwakira masaha n’ijoro biciwe ntara darfur umuvugizi w’ingabo z’u rwanda avuga basirikare mubikorwa by’irondo baza kugwa mugico cy’inyeshyamba n’ubu zitari zamenyekana koroneli joseph nzabamwita agira abagizi nabi bateze abasirikare bacu barabarasa habaho imirwano mirwano hapfa abasirikare bacu babiri abasirikare bacu mukwivuna umwanzi bica umusirikare umwe n’umubiri n’ibikoresho afite turabifata ariko none hakomeretse abasirikare bacu bane barimo kuvurirwa i khartoum yemeza aka gace hiciwe abasirikare b’u rwanda mubutumwa bw’umuryango w’abibumbye hari inyeshyamba zitandukanye zirimo n’aba janjaweed bakomeje kwibasira abaturage b’intara darfur hari kandi ingabo leta sudani u rwanda ruvuga rudashobora gucibwa intege n’ibikorwa nk’ibi byibasira ingabo mpuzamahangakoloneli nzabamwita yagize icyambere twagiye butumwa tuzi neza ukwitanga abana b’u rwanda baritanze kugira dushobore kurengera n’ubuzima bw’abandi kandi twitanga n’ubuzima bwacu nicyo mbereubuyobozi bw’ingabo z’u rwanda zikaba zihanganisha imiryango y’abasirikare baguye muntara darfur leta y’u rwanda yamaganye mugaragaro igitero cyahitanye abasirikare babiri b’u rwanda n’umupolisi senegal itangazo minisiteri y’ingabo yashyize ahagaragara nyuma y’iraswa ryabo kuri loni yohereje itsinda rishinzwe gukora iperereza ryimbitse gitero abagikoze n’icyo bagamije mu ntara darfur habarizwa abasirikare b’u rwanda bagera egide kayiranga
2economy
afurika isoko ryiza bacuruzi n’abashoramari b’abashinwa
ibiro ntangazamakuru by’abashinwa xinhua byanditse inkuru ivuga umucuruzi witwa wang li avuga icya mbere atekereza avuze afurika ubucuruzi business kuko afurika haba amahirwe menshi bucuruzi ndetse n’ipiganwa ry’abacuruzi benshi rihari wang li si mushinwa wenyine uvuga ashobora kuza gushaka isoko afurika kuko e hari abashinwa benshi batangiye kuzana ibicuruzwa byabo afurika wang jinrong uhagarariye abacuruzi b’i shanghai bushinwa avuga afurika haba abakiriya benshi akomeza avuga isoko ry’afurika riruta kure iryo amerika ndetse n’uburayi kuko iryo afurika mupaka rigira bicuruzwa bituruka mahanga wang jinrong yemera afurika uhasanga ibikoresho bituruka bushinwa ariko ugasanga bidafite uburambe ngo bituma bamwe banyafurika banenga ibikoresho bituruka bushinwa mu gitabo cyashyizwe ahagaragara mwaka kivuga buhahirane bw’afrika n’ubushinwa bavuga mwaka abashinwa bashoye imari irenga miliyari icyenda z’amadorali afurika ugereranyije frws norbert niyizurugero
2economy
ubuhahirane hagati y’afurika bushobora kwinjiza miliyari z’amadorali
muri nama byagaragaye ubuhahirane hagati y’ibihugu bigize muryango bushobora kubyara miliyari z’amadolari y’amerika buri mwaka abayobozi b’ibihugu bahuriye ethiopia basanze kwibumbira miryango y’ikusanyabukungu byafasha afurika kurushaho kuzamura ubuhahirane hagati y’ibihugu byayo hagendewe byatanga isoko rinini kubafite bakora haba kongera abashoramari kugabanuka kw’ibiciro hamwe kongera umurimo ubushomeri bukagabanuka nubwo ibihugu byinshi afurika bihuriye muryango w’afurika yunze ubumwe ubuhahirane hagati y’ibihugu ntibukomeye kandi hari ibihugu bishobora guhahirana kimwe bibangamira ubuhahirane hagati y’ibihugu by’afurika bigatuma ikomeza kuba isoko ry’ibihugu byateye imbere harimo ibikorwa remezo nk’imihanda ihuza ibihugu n’ubwikorezi bidahagije ubushobozi buke kongera agaciro k’umusaruro ndetse n’ibura ry’imari ihagije kujyana bucuruzi mpuzamahanga afurika ifite imiryango y’ubukungu irimo sadec eac comesa ntirashobora kugera nshingano yiyemeje kuko hamwe hamwe haboneka imbogamizi zituruka bihugu n’umutekano muri nama perezida kagame yagejeje nama ibyavugiwe nama yabereye busan korea y’epfo mpera z’ukwezi k’ukuboza yiga mikoreshereze y’inkunga ibihugu bikungahaye bigenera ibihugu bikiri nzira y’amajyambere perezida kagame ahagarariye afurika nama kubera u rwanda rushimwa gukoresha neza inkunga ruhabwa muri nama kandi hatowe umuyobozi mushya w’uwo muryango perezida yayi boni benin wasimbuye perezida theodoro obiang nguema uyobora igihugu guinee equatorial abakuru b’ibihugu ariko ntibabashije gutora perezida komisiyo w’uwo muryango uyu mwanya wahatanirwaga n’uwari uwusanzweho jean ping madame nkosazana dlamini zuma afurika y’epfo sylidio sebuharara
0politics
igisirikare leta y’u bushinwa cyahaye ingabo z’u rwanda ibikoresho kurwanya covid-
igisirikare leta y’u bushinwa cyahaye ingabo z’u rwanda rdf ibikoresho kwifashisha kurwanya icyorezo covid- bifite agaciro miriyoni zirenga z’amafaranga y’u rwanda ibihumbi by’amadolari y’amerika ibyo bikoresho bigizwe n’udupfukaunwa tugenewe abaganga bavura covid- n’udukoreshwa yindi mirimo surgical masks ibikoresho guhumekeramo amataratara y’abaganga ibikoresho birinda maso h’abaganga imyambaro yagenewe yabugenewe yambarwa rimwe imyambaro idahitisha amazi ibikoresho birinda inkweto uturindantoki dukoreshwa rimwe mpompe zitera imiti udukoresho dupima umuriro kasike zifata ishusho y’igipimo cy’ubushyuhe mutwe w’umuntu n’ibindi ibyo bikoresho byagejejwe kibuga k’indege kanombe gatatu tariki kamena byakirwa n’umugaba mukuru w’ingabo z’u rwanda gen j bosco kazura abishyikirijwe n’ambasaderi w’u bushinwa rwanda rao hongwei amb rao hongwei yavuze bikoresho byongera ubushobozi bw’ibikorwa by’ingabo z’u rwanda guhangana n’icyorezo covid- ariko binashimangira umubano mwiza w’ibihugu byombi ambasaderi rao hongwei yagize ibi bikoresho bizafasha uruhande rw’u rwanda kongera ubushobozi kurwanya covid- iki n’ikimenyetso cy’ubucuti bukomeye hagati y’u bushinwa n’u rwanda by’umwihariko gen j bosco kazura yashimiye umubano ukomeye gisirikare ukomeje gusagamba hagati y’u rwanda n’u bushinwa iyi nkunga yerekana nidushyira imbaraga zacu hamwe kabuza tuzarwanya kandi tugatsinda imbogamizi zose cyane cyane iz’icyorezo covid- ingabo z’u bushinwa zigeneye iz’u rwanda bikoresho nyuma y’amasaha make minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane rwanda minaffet inyomoje ibihuha byakwirakwijwe mbuga nkoranyambaga hari abashoramari b’abashinwa birukanywe rwanda muri bihe byoguhangana n’icyorezo covid- u bushinwa bwabaye igihugu cy’u rwanda haba kuruterainkunga y’ibikoresho ndetse gusangira ubunararibonye n’inzego z’ubuzima rwanda bwafashije gihugu kugabanya ubwiyongere bw’ubwandu bushya gihe gito muhaburarw
13relationship
ko umugabo wanjye yanteje bagenzi ababwira ngira amavangingo menshi bakaba bamereye nabi-nkore
mumbabarire nirinze kuvuga amazina yanjye ndi umunyarwandakazi waciye rubohero nkaba kandi naratojwe umuco gufata neza umugabo wanjye buryo bushoboka bwose kera tukiga umubano padiri bajyaga batubwira kugira ibanga ry’urugo iby’ingenzi ariko umugabo wanjye abara inkuru zose kugera n’aho avuga n’ibyo buriri nukuri ntunguwe inshuro ebyiri abagabo babiri bamaze kungeraho bansaba turyamana baza bituratuza ariko nyuma nkabona intego bw’amahirwe bakanerura bakambwira nibyo koko mavangingo ndayafite kandi n’umugabo wanjye abashije kumfasha kuyazana nkanyurwa pe ariko none arazimura umugabo mbere yaraje ansanga ncururiza ahagura agacupa arasoma masaha ntari mfite abakiri turaganira anaganyira ibibazo afite iwe wamugani ambwiye iby’iwe agera buriri byaratinze akomoza cy’amavangingo yavuze umugore atayagira babana nk’umuntu mukuru namubwiye bagomba gufatanya bifuza bakabishakira umuti hamwe kandi bigakunda nibwo yeruye atangira kunsaba umunsi umwe nazamukundira tugasambana ambwira ibintu byinshi agera n’aho ambwira njyewe sawa umugabo wanjye yarakize kandi wabimwibwiriye buriri ntanga umunezero hazamo n’ibi by’amavangingo n’uwa kabiri yabimbwiye nk’unserereza ariko afite intego y’ubuhehesi gusa byarantunguye mbajije umugabo wanjye impamvu anganiraho kabari yanga kubyemera ariko mbona hari aketse si igisebo ariko none si kuganirira ariho hose byarantunguye biranambabaza buryo nsigaye ngera bagabo basangira n’uwanjye nkumva mfite isoni bandeba nkumva ndamwaye pe murakoze chief editormuhaburarw
4entertainment
anne kansiime yasabwe n’abafana kugira ikinyabupfura
nyuma y’aho icyamamarekazi gusetsa africa y’uburasirazuba anne kansiime asebeje umunyamakuru witwa zahara avuga yambara nabi cyane abakunzi n’abamukurikirana bamusabye kugira ikinyabupfura avuga n’amagambo akomeye anne kansiime yafashe ifoto y’umunyamakuru zahara kiganiro televiziyo ayishyira rukuta rwe facebook avuga munyamakurukazi yambara ikanzu imeze nk’impapuro zikoreshwa bwihererogusa ntabwo byigeze byakirwa neza n’abakurikirana uru rukuta rwe kuko bumwe butumwa bwari buherekeje foto bwasabaga anne kansiime kugira ikinyabupfura ntakoreshe amagambo nk’ayo mabi muntu uzwi uyu munyamakuru usazwe akora televiziyo yitwa nbs akurikiwe n’imbaga y’abanya-uganda ndetse barimo n’uyu munyarwenya wamamaye bice bitandukanye by’isi ’anne kansiime’ wafashe umwanyawe akavuga zahara ikanzu mbi bikarangira avuze neza imeze nk’ibipapuro bwihererozahara ntiyagize avuga magambo anne kansiimegusa abafana anne kansiime basa nk’abamuvugiye kuko basabye yajya yoroshya amagambo agenda avuga bintu bitandukanye birimo n’imyambarire y’abanyamakuru munezero martin umwanditsi w’ikinyamakuru umuryango yatangiye gukorera kinyamakuru nzeli imbuga nkoranyambaga ze instagrammartin promoterfacebookmunezero martintwitter martin promoter
3health
bamwe bakorera uburaya i nyamirambo ntibacyemera imibonano mpuzabistina idakingiye
kigalitoday yegereye itsinda bamwe bakorera uburaya i nyamirambo bayibwira bamenye ububi sida bakurikije babona sida imerera nabi bamwe bagenzi itsinda ry’indaya z’i nyamirambo ryemeye kuganira kigalitoday rivuga ntawabona cyangwa abe yumva ububi sida abure gufata ingamba kwirinda sida ntitucyemera gukora imibonano mpuzabitsina gakingirizo n’abakiriya bacu kuko twamenye ingaruka mbi z’imibonano mpuzabitsina idakingiyeabagabo badakoresha agakingirizo bafite virusi itera sidaiyo yanze dukoresha agakingirizo acaho njye nkacaho nubwo ariko bamwe bakora uburaya i nyamirambo bavuga batacyemerera gukora imibonano mpuzabitsina abakiriya banga gukoresha agakingirizo hari abakora uburaya bageraho bakemera gukora imibonano mpuzabitsina gakingirizo kubera ubukene kubura abakiriya itsinda ry’indaya z’i nyamirambo riti hari bagenzi bacu bageraho bakemera gukora imibonano mpuzabitsina gakingirizo kubera ategereza umwanya munini umukiriya wemera agakingirizo akamubura kandi yenda abana baburaye ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’igihugu cy’ubuvuzirwanda bio-medical center bugashyirwa ahagaragara mwaka buragaragaza bakora uburaya umuntu umwe babiri yanduye virusi itera sida umukozi rbc dr mwumvaneza mutagoma uyoboye itsinda ry’ubushakashatsi bwagaragaje imibare y’ubwandu virusi itera sida rwanda dr mwumvaneza avuga imibare yavuye bushakashatsi bakoze igaragaza gihugu hose rwanda abakora uburaya abagera banduye virusi itera sida mujyi kigali ijanisha rikaba riri hejuru ugereranije gihugu rusange kuko ho abagera banduye virusi itera sida inzobere ndwara sida zivuga indaya itsinda ry’abantu rifite ibyago byinshi kwandura virusi itera sida kurusha andi matsinda ibi biterwa indaya abantu bakora imibonano mpuzabitsina inshuro nyinshi kandi n’abantu batandukanye barimo abanduye vihsida u rwanda ubushakashatsi bugaragaza rutuwe n’abaturage barenga gato miliyoni muri rusange gihugu hose abantu babana virusi itera sida by’abanyarwanda ni ukuvuga rwanda abantu bagera bihumbi babana virusi itera sida jean baptiste micomyiza
3health
oms itangaza abanyarwanda bagira ihungabana kubera jenoside bangana
oms itangaza hungabana rikunze kugaragara ahanini rubyiruko ruri hagati y’imyaka ubushakashatsi buherutse gukorwa n’iri shami bugaragaza abagira hungabana bagaragaza ibimenyetso byerekana jenoside yongeye kuba bityo bakibona basubiye baciyemo muri gihugu cy’ imisozi igihumbi huye umujyi munini uherereye majyepfo y’igihugu oms ivuga mujyi wagezwemo n’ubwicanyi cyane kandi wagaragayemo abantu bakoze jenoside benshi kurusha ahandi rwanda abavura indwara guhungabana mujyi bavuga bakunze kuvura abantu byiciro by’abana ingimbi cyangwa abangavu ndetse n’urubyiruko mugihe kwibuka jenoside vincent sezibera umwarimu kaminuza nkuru y’ u rwanda avuga kaminuza bigisha abanyeshuri amasomo ajyanye n’indwara mutwe bamwe barangije amasomo bafasha abagize ibibazo by’ihungabana bitabujije hari n’abakiga bafasha abagize kibazo gihe bibaye ngombwa sezibera icyihutirwa ugukurikirana umurwayi tugakurikirana uburyo bushya twamufashamo ariko tugakomeza kwigisha abanyeshuri bagire buvuzi umwuga ubu dufite abanyeshuri biga cyiciro mbere n’icya kabiri kaminuza abenshi abakobwa ikinyamakuru la-croixcom dukesha nkuru kivuga umubare w’aba bavuze bamaze kugira dipolome kugera baturage barenga miliyoni hamwe n’ikipe sezibera avuga gihe cy’imyaka itanu impfubyi bafite hagati y’umwaka umwe gihe jenoside babakozeho ubushakashatsi rwego oms basanga abakunda kugira ibibazo by’ihungabana abakobwa kurusha abahungu muri abari bafite hagati y’imyaka itanu bihe jenoside nibo bakorwaho cyane n’ibi bibazo ibibazo bikunze kurangwa n’ibimenyetso by’indwara y’umutwe cyangwa hakaba kujya mihango buryo butunguranye bakobwa n’ibindi gerard gitoli mbabazi
0politics
urubyiruko rurakangurirwa kugira uruhare rugaragara gahunda z’icyunamo
mu kiganiro n’abanyamakuru mbere y’amasaha make u rwanda n’isi bitangire kwibuka jenoside yakorewe abatutsi umuhuzabikorwa w’inama y’igihugu y’urubyiruko philbert uwiringiyimana yasabye urubyiruko guhagarika gahunda rwari rusanzwe rukora zagaragara nk’izidaha kwibuka agaciro uwiringiyimana yibukije urubyiruko rudakwiye gufata igihe kwibuka nk’igihe kwiryamira cyangwa guhura n’incuti bitwaje bagiye ahabera igikorwa kwibuka abanyamakuru nabo basabwe gufata iya mbere gushyira bikorwa bakangurira abandi umunyamabanga nshingwabikorwa w’inama y’igihugu y’urubyiruko alphonse nkuranga yavuze amateka agomba gusigasirwa n’urubyiruko akabikwa buryo bujyanye n’igihe tugezemo bityo gihe kizaza bakazayasanga ku bijyanye kuba abacitse icumu nkuranga yijeje abari nama inama y’igihugu y’urubyiruko ifasha urubyiruko rwacitse icumu rushaka kwiteza imbere yatanze urugero rw’ishyirahamwe ry’ubuhinzi ry’urubyiruko rwacitse icumu ry’i nyamagabe bahawe inka ebyiri z’inzungu insanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti kwibuka jenoside yakorewe abatutsi twigire mateka twubaka ejo hazaza emmanuel n hitimana
1sport
umukinnyi uzasimbura yaya toure manchester city yamaze kumenyekana
ku myaka y’amavuko ilkay gundogan umusore ukinira ikipe borussia dortmund amaze iminsi aganira n’abayobozi b’ikipe man city ndetse bakaa bamaze kumvikana mugihe cy’impeshyi isoko ry’igura n’igurisha bakinnyi hariya mugabane w’i burayi mukinnyi azahita yerekeza kipe man city milliyni z’amyero akajya kuziba icyuho yaya toure nk’uko ikinyamakuru dailmail kibitangaza ilkay gundogan afite amasezerano n’iyi kipe borussia dortmund azarangira mwaka n’ubwo ikipe dortmund itifuza kuba yarekura mukinnyi gusa ikifuzo cye ukuba yajya bindi bihugu akareba shampiyona zaho ziba zihagaze ndetse kagerageza amahirwe yandi makipe atandukanye akaba urwo rwego yumva agomba kwerekeza ikipe man city hariya gihugu cy’ubwongereza mu kwezi gushize nibwo umutoza mushyawa manchester city pep guardiola ariku mwe sporting director tx begiristain bahuriye i amsterdam nanyirarume wagundogan ilhan gundogan akaba umushakira indonke agent ibyo basabwaga hagatiyabo byararangiye harimo kumvikana kumushahara miliyoni mukinnyi azajya ahabwa mwaka kuza gundogan birasimangiraneza igenda ry’umunya cote d’ivoire yaya toure umu agent yaya toure witwa dimitri seluk yavuze abizi neza umukiriyawe agomba ikipeya city gihe guardiola azaba ayisesekayemo aha kandi ikindi twavuga nk’impamvu izatuma yaya toure ava man city ubwe avugako ubusanzwe umubano guardiola utarimwiza igihe barikumwe ikipeya fc barcelona hari kandi amakipe amwifuza menshi cyane cyane butaliyani yaya toure ariko ubwe yivugiye atifuza bwongereza hari nabageze kure bakavuga liverpool yaba gukoresha mukuru kolotoure imuzane anifield yanditswe rukundo xavermuhaburarw
2economy
perezida kagame asanga ubufatanye bwahindura afurika binyuze ikoranabuhanga
perezida repubulika paul kagame asanga afurika ikeneye guhuza amahirwe ifite kugirango ibashe kwihutisha ikoranabuhanga nyungu z’abaturage kugendana n’abandi mpinduramatwara kane y’ibikorwa bishingiye ikoranabuhanga umukuru w’igihugu yabigarutseho nama smart africa yabaye gitondo kabiri tariki mutarama ahabera inama y’abakuru b’ibihugu guverinoma afurika au ni inama yanitabiriwe n’umunyamabanga mukuru w’umuryango mpuzamahanga w’itumanaho houlin zhao smart africa gahunda igamije guhindura afurika binyuze ikoranabuhanga hakibandwa guteza imbere ikoreshwa ry’ikoranabuhanga buzima buri munsi kwegereza abaturage internet y’umurongo mugari n’irindi koranabuhanga guharanira iterambere rirambye binyuze gukorera mucyo iyi gahunda yatangijwe n’umuryango afurika yunze ubumwe ihuriwemo n’ibihugu bitandukanye mugabane afurika n’indi miryango iharanira iterambere ry’ikoranabuhanga n’itumanaho hagamijwe guhindura imibereho y’abaturage n’iterambere ry’ubukungu perezida kagame yahaye ikaze abanyamuryango bashya gahunda smart africa imaze umwaka ihawe ubunyamabanga bukorera i kigali rwanda abashimira uburyo bafashije bunyamabanga ndetse bakanatera inkunga ikigega guteza imbere ikoranabuhanga smartafrica scholarship fund’ abanyeshuri bamaze guhabwa buruse kwiga ibijyanye n’ikoranabuhanga carnegie mellon university rwanda ihuriro smart africa ryatangiranye n’ibihugu birindwi rifite bigizwe n’abaturage babarirwa miliyoni perezida kagame yasabye ubushake bukomeje kugaragazwa guharanira iterambere ry’ikoranabuhanga n’ubukungu bigomba guhuzwa n’inyungu z’abaturage bacu yavuze afurika igomba guhuza amahirwe ifite kugirango ibashe kwihutisha ikoranabuhanga kugendana n’abandi yagize isi ikomeje kwinjira mpinduramatwara kane y’ibikorwa bishingiye ikoranabuhanga imbogamizi yacu ukugendana n’abandi gukwirakwiza umurongo mugari internet hose kugirango tubashe gusirimura ingo ibiro amashuri n’imijyi afurika tugomba guhuza amahirwe ahari kwihutisha ikoranabuhanga muri iryo koranabuhanga yavuzemo ubwenge karemano gukoresha amarobot drone n’ibindi umukuru w’igihugu yanatumiye abitabiriye nama kuzaza transform africa izabera i kigali kuwa kugeza kuwa gicurasi mwaka izaba ifite insanganyamatsiko igira iti smart cities fast forward igamije guteza imbere imijyi binyuze ikoranabuhanga guhanga udushya iyi nama transform africa umwanya mwiza abazayitabira bazasangira ubunararibonye bakaganira ikoranabuhanga rigezweho guteza imbere ubukungu n’imibereho afurika haherewe mijyi biteganyijwe izakira abantu hagati baturutse bihugu birenge abakuru b’ibihugu barimo perezida paul kagame yoweli kaguta museveni uhuru kenyatta ali bongo ondimba idriss deby itno salva kiir macky sall umunyamabanga mukuru itu itu houlin zhao n’abandi izanitabirwa n’abaminisitiri bashinzwe ikoranabuhanga abashoramari abayobozi b’imijyi afurika rwiyemezamirimo n’abandi bafite bahuriye n’ishoramari n’ikoranabuhanga yanditswe ubwanditsimuhaburarw
0politics
bugesera polisi yataye yombi abagizi nabi
mu byaha biyemerara harimo icyaha kwica nzabakorana zacharie ushinzwe umutekano mudugudu nyamata matabaro manasse yabwiye abanyamakuru yahaye ibihumbi by’amafaranga y’u rwanda sekamana faustin nteziryayo christophe kugirango babashe kwica nzabakorana zacharie kubera yaramuteje abapolisi bakamumenera kanyanga yacuruzaga bimutera ubukene yagize sekamana niwe wahamagaye nzabakorana zacharie yiyita umupolisi ukorera i nyamata kugirango tubashe kumubona tumwice araza turamwicanteziryayo christophe wiyemerera icyaha cy’ubwicanyi yabwiye itangazamakuru yahawe ibihumbi kugirango yice nzabandora nteziryayo yafatiwe karere rwamagana aba bagabo bafatanywe ijerekani kanyanga icyuma umwenda gisirikare umufuka ndetse telephone nshya uwitandukanyije n’aba bagizibanabi wahaye amakuru urwego polisi yatangaje mwenda gisirikare wagombaga gushyirwamo uwishwe kugirango babashe kuyobya uburari aganira kigalitodaycom umuvugizi polisi y’igihugu supttheos badege yavuze igihe cyose inzego z’abaturage iza leta n’izishinzwe umutekano zizasenyera umugozi umwe bikorwa kongera kugaragara biwuhungabanya yagize ubwenge bwakoreshwaga gukora ibyaha bwakoreshwa byiza kandi bibyara inyungu avuga icyi cyaha gihanwa n’igingo y’igitabo cy’amategeko ahana y’u rwanda kikaba gihanishwa igifungo burundu nkuko polisi ikorera karere bugesera ibitangaza kwezi k’ukwakira hamaze hagaragaye imfu z’abana b’abakobwa batatu polisi ihamya urwo rugomo rukorwa n’ababa banyweye ibiyobyabwenge birimo kanyanga egide kayiranga
4entertainment
muri kie bazatora miss mister ejo
abahatanira myanda yombi abakobwa bahatanira kuba miss - n’abahungu bahatanira kuba mister kie - nk’uko bisanzwe bigenda n’ahandi hazatorwamo ibisonga mbere miss mister ibisonga kabiri mister miss photogenic ugaragara neza cyane mafoto kurusha abandi hamwe miss mister popularity abantu benshi bahisemo kubaha amahirwe gutorwa muri birori hazagaragaramo abahanzi rwanda urban boys dream boys kamichi king james uncle austin paccy allioni naason amity engeneer umusaza audi prince kid jay polly kitoko kwinjira birori amafaranga ahasanzwe vip marie clemence cyiza uwimanimpaye
0politics
ngororero abarokotse jenoside batishoboye bahawe inka
ababonye inka bashimiye farg uburyo idahwema kubazirikana gushaka icyazamura imibereho abahawe inka basabwe kudakomeza gutegereza gahunda y’ingoboka ahubwo nabo bagomba kworora neza bakazagoboka bagenzi batishoboye nk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza nyiraneza clothilde abahawe inka bafite ubwatsi n’ibiraro uretse murenge sovu kuko amafaranga yagombaga kububakira ibiraro yanyerejwe n’umucungamari w’uwo murenge ariko akarere kabemereye kuzabafasha umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza nyiraneza clothilde uyoboye muhango i kavumu yasabye abahawe inka kuzifata neza bakazikenura nyuma bakazoroza bagenzi yavuze buzaba uburyo kwitura perezida paul kagame watangije gahunda girinka izo zatangiwe masite atandukanye ariyo kavumu ahatanzwe inka hakaba harahuriye imirenge kavumu kageyo sovu i kabaya hatanzwe inka hakaba hahuriye imirenge kabaya muhanda matyazo ngororero hatangiwe inka zagiye mirenge hindiro muhororo ngororero abo mirenge isigaye ariyo ndaro bwira gatumba nyange inka zizabageraho byumweru biri imbere ernest kalinganire
6technology
zoom niyo porogaramu yamanuwe cyane internet mata
zoom porogaramu y’ikoranabuhanga yatangiye kwifashishwa cyane icyorezo coronavirus cyakazaga umurego kuko yafashije benshi kuganira buryo bw’amashusho hifashishijwe ikoranabuhanga abantu miliyoni bamanuye zoom kwezi gushize barimo bayimanuye buhinde gihe bayimanuye leta zunze ubumwe amerika porogaramu tiktok nayo ikoresha uburyo bw’amashusho kuganira yaje mwanya kabiri kuko yamanuwe n’abantu basaga miliyoni isi uburyo kuganira hifashishijwe amashusho nibwo bwatoranyijwe n’ibigo bimwe bimwe isi kugira gukomeza akazi bishoboka bagakomeze nkomyi izi porogaramu zagiye zifasha benshi gukomeza gukurikirana imikorere y’abakozi hatabayeho guhurira nama nkuko byari bisanzwe ku rutonde porogaramu zamanuwe cyane kandi harimo facebook whatsapp instagram messenger izindi porogaramu zifashishwa kuganira hifashishijwe amashuho google meet microsoft team nazo zigaragara rutonde porogaramu zamanuwe cyane ariko myanya nyuma
13relationship
ibimenyetso byakwereka urukundo ufitanye n’umukunzi wawe rwakonje
rimwe rimwe bikunze kugorana kuba wamenya ibimenyetso byakugaragariza urukundo wakundanaga n’umukunzi wawe rwarangiye ariko hari igihe ubasha kuba wabikeka gihe ubona ishyamba ritakiri ryeru rutakimeze neza nkuko rwabaga rumeze hari igihe umwe mwe atishimye bikaba byagucanga ntumenye impamvu yabyo dore ibintu byakugaragariza urukundo rwanyu rwasinziriye ubona nde ugitangira gukundana n’umukunzi wawe kintu kimwe muba mutaraganiraga igihe cyose mukaba maraganiraga amanywa n’ijoro aka inshuti yawe nziza ubona ntacyo itakurutira buzima bwawe iyo hashize igihe aratangira aka kubaza ibibazo byinshi ugasanga atakikwikoza rimwe rimwe wamuhamagara akakubwira urinde ntakumenye icyo gihe yarakwikuyemo ushaka wakuramo akawe karenge ntabushake gutera akabariro agira ese umugabo wawe cyangwa umugore wawe yaba atagishaka mutera akabariro ugasanga ngingo ntacyo imurebaho wabimubwira akakureba nk’icyo imbwa ihaze ese yaba akubwira yumva atameze neza gihe ubimusabye mutera akabariro bizakwereka bushake acyigufitiye yaguhaze uzamenyeko umubano wawe warangiye ibyumviro byawe mukiri rukundo rwanyu mwabaga mwumva meze nkabari paradizo ukumva imibonano yanyu ntacyo mwayinganya ariko nyuma y’igihe gito ugasanga ntabwo amaraso yawe n’ay’umukunzi wawe ntibigihura bibe byakururana iyo wumva umutima wawe utakimushaka ushaka wakuramo akawe karenge kuko urukundo rwanyu ruba rwarakwamye kutaguhamagara mucyiri rukundo rwanyarwo yaguhamagaraga inshuro zitabarika akakwandikira ubutuma bugufi ndetse rimwe rimwe akakoherereza n’amagambo meza ajyanye n’urukundo amwe tuzi izina ry’imitoma ariko ubungubu ugasanga wowe wigora ukamuhamagara ubashe kumva ijwi rye ugatangira ukibaza cyabaye nta kwirushya uzahita wibwira umutima utakigutekereza habe gato gutinda rwiyuhagiriro ese umwanya umugabo wawe cyangwa umugore wawe amara rwiyuhagiriro ungana ute ese by’ukuri afata igihe kirekire arimo aroga nubona atangiye kujya atinda rwiyuhagiriro wamubaza akakubwira nabi uzamenye wowe mwanya muke akiguha mutima iki kizakwere urukundo rwanyu rwanyagiwe iyo byishimo akigira ugihura n’umukunzi wawe minsi mbere urukundo rwanyu mwasaga nkaho musigaye mwitwa bwana madamu byishimo ariko ubungubu musigaye murebana ay’ingwe ukibaza impavu ukayibura akaba yarajyaga agutungura ukabona aguhaye impano idasanzwe ariko ntakikwikoza niyo atashye aza ajya buriri kuvuga menshi kuko atakiri barimenshi ibi bimwe bintu bizakwerekako urukundo rwanyu ntarugihari ugukura amaso kuba nshuti yawe n’imwe agishaka kumva ese mwaba mwaratumiraga inshuti zanyu mugasabana buryo bushimishije ese umugabo wawe ahora ahuze cyane mwanya afite mu gihe atagishaka inshuti zawe zibagenderera cyane uzamenye rukundo rwinshi akigufitiye ibi bizahite bikwereka rukundo akigukunda kuko ntago umuntu w’ingenzi buzima bwe uzahite ukurayo amaso gutinda kazi ese inshuti yawe y’umuhungu cyangwa y’umukobwa yaba ikubwira akazi kaba kayibanye kenshi cyane yego rimwe rimwe yajyaga kzi agatindayo ariko arapanga n’akazi kadashoboka nijoro kandi ntako agira agatangira akakubwira njye sinkunda umunru ushaka kungendaho cyane angenzure buri mwanya’ iki gihe uzahite ubona rukundo akigufitiye kuko hari izindi gahunda yigiriyemo zitandukanye yaguha umwanya mukagira byinshi mugeraho kwiyibagiza ibihe byiza mujya mugirana ese umukunzi yaba yaratangiye kujya akwereka atakiwitayeho ari ntibindeba ugasanga mwarajyaga musohokana nko wikendi ntibikibaho cyangwa se ntago umunsi mukuru nk’umunsi w’amavuko mukiwizihiza atangira akwereka bushake bwinshi akigufitiye kandi n’umwanya afite ndetse rimwe rimwe akakubwira yabyibagiwe nubona ariko bimeze uzahite wibwira urukundo rwanyu ntarwo kukubera nk’intamabara iii y’isi ese waba wumva umeze nk’umuntu urimo kurwana intambara mutima wawe niba wowe n’umukunzi wawe muhora ntambara z’urudaca uzamenye hari ikitagenda neza hagati mwe ni ibintu bisanzwe abakundana hari igihe bagira intambara buzima bwabo bakaba barwana arko gihe uzabona mutangiye kujya murwana mupfa ubusa uzamenye ishyamba atari ryeru urukundo rwanyu rwakonje yanditswe bizimana jean damascenemuhaburarw
4entertainment
kigali hagiye kongera kuba igiterane refresh africa conference’
buri mwaka itorero new life bible church ritegura igiterane gikomeye kandi kiri rwego mpuzamahanga kiswe refresh africa conference giterane kigiye kuba nshuro yacyo gatanuni igiterane kiba gikubiyemo inyigisho guhemburwa k’umugabane africa ndetse kuramya imana kugira habeho ubutumwa bw’impemburonkuko bisanzwe mwaka giterane giteganijwe kubera new life bible church guhera tariki kugeza itariki gashyantare insanganyamatsiko y’iki giterane iboneka zaburi mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru rev dr charles mugisha umuyobozi mukuru africa new life ministries new life bible church yavuze igiterane cy’uyu mwaka gifite umwihariko w’uko abantu bazahabwa inyigisho z’impemburo hagamijwe kugira umutwaro guhembura africayavuze hazaba ho ibihe byihariye kuramya imana byimbitse kandi buri wese agize umutima kuyiramya yavuze abaramyi bazafasha giterane biteguye kandi bagiye kujya mwiherero barushaho gusenga kugira hazabeho guhembuka byuzuye binyuze kuramya imanauyu mushumba kandi yavuze hatumiwe abakozi b’imana batandukanye barimo pastor lincoln serwaga ukorera ivugabutumwa bwongereza akaba bashumba bakomeye ndetse bajyanye ivugabutumwa banyafurika diasporahari kandi abandi bavugabutumwa barimo pastor james kato pastor chris rue pastor jide laore pastor ryan holladay ndetse pastor charles mugisha arinawe uzakira bakozib’imana buri mwaka itorero new life bible church ritegura igiterane gikomeye kandi kiri rwego mpuzamahanga kiswe refresh africa conference giterane kigiye kuba nshuro yacyo gatanu ni igiterane kiba gikubiyemo inyigisho guhemburwa k’umugabane africa ndetse kuramya imana kugira habeho ubutumwa bw’impemburo nkuko bisanzwe mwaka giterane giteganijwe kubera new life bible church guhera tariki kugeza itariki gashyantare insanganyamatsiko y’iki giterane iboneka zaburi mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru rev dr charles mugisha umuyobozi mukuru africa new life ministries new life bible church yavuze igiterane cy’uyu mwaka gifite umwihariko w’uko abantu bazahabwa inyigisho z’impemburo hagamijwe kugira umutwaro guhembura africa yavuze hazaba ho ibihe byihariye kuramya imana byimbitse kandi buri wese agize umutima kuyiramya yavuze abaramyi bazafasha giterane biteguye kandi bagiye kujya mwiherero barushaho gusenga kugira hazabeho guhembuka byuzuye binyuze kuramya imana uyu mushumba kandi yavuze hatumiwe abakozi b’imana batandukanye barimo pastor lincoln serwaga ukorera ivugabutumwa bwongereza akaba bashumba bakomeye ndetse bajyanye ivugabutumwa banyafurika diaspora hari kandi abandi bavugabutumwa barimo pastor james kato pastor chris rue pastor jide laore pastor ryan holladay ndetse pastor charles mugisha arinawe uzakira bakozib’imana email yanyu ntigaragazwa rubuga amazina email ngombwa igitekerezo documentgetelementbyidcommentsetattribute id affbcdefcabdae documentgetelementbyidefsetattribute id comment amazina email buri mwaka itorero new life bible church ritegura igiterane gikomeye kandi kiri rwego mpuzamahanga kiswe refresh africa conference giterane kigiye kuba nshuro yacyo gatanuni igiterane kiba gikubiyemo inyigisho guhemburwa k’umugabane africa ndetse kuramya imana kugira habeho ubutumwa bw’impemburonkuko bisanzwe mwaka giterane giteganijwe kubera new life bible church guhera tariki kugeza itariki gashyantare insanganyamatsiko y’iki giterane iboneka zaburi mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru rev dr charles mugisha umuyobozi mukuru africa new life ministries new life bible church yavuze igiterane cy’uyu mwaka gifite umwihariko w’uko abantu bazahabwa inyigisho z’impemburo hagamijwe kugira umutwaro guhembura africayavuze hazaba ho ibihe byihariye kuramya imana byimbitse kandi buri wese agize umutima kuyiramya yavuze abaramyi bazafasha giterane biteguye kandi bagiye kujya mwiherero barushaho gusenga kugira hazabeho guhembuka byuzuye binyuze kuramya imanauyu mushumba kandi yavuze hatumiwe abakozi b’imana batandukanye barimo pastor lincoln serwaga ukorera ivugabutumwa bwongereza akaba bashumba bakomeye ndetse bajyanye ivugabutumwa banyafurika diasporahari kandi abandi bavugabutumwa barimo pastor james kato pastor chris rue pastor jide laore pastor ryan holladay ndetse pastor charles mugisha arinawe uzakira bakozib’imana buri mwaka itorero new life bible church ritegura igiterane gikomeye kandi kiri rwego mpuzamahanga kiswe refresh africa conference giterane kigiye kuba nshuro yacyo gatanu ni igiterane kiba gikubiyemo inyigisho guhemburwa k’umugabane africa ndetse kuramya imana kugira habeho ubutumwa bw’impemburo nkuko bisanzwe mwaka giterane giteganijwe kubera new life bible church guhera tariki kugeza itariki gashyantare insanganyamatsiko y’iki giterane iboneka zaburi mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru rev dr charles mugisha umuyobozi mukuru africa new life ministries new life bible church yavuze igiterane cy’uyu mwaka gifite umwihariko w’uko abantu bazahabwa inyigisho z’impemburo hagamijwe kugira umutwaro guhembura africa yavuze hazaba ho ibihe byihariye kuramya imana byimbitse kandi buri wese agize umutima kuyiramya yavuze abaramyi bazafasha giterane biteguye kandi bagiye kujya mwiherero barushaho gusenga kugira hazabeho guhembuka byuzuye binyuze kuramya imana uyu mushumba kandi yavuze hatumiwe abakozi b’imana batandukanye barimo pastor lincoln serwaga ukorera ivugabutumwa bwongereza akaba bashumba bakomeye ndetse bajyanye ivugabutumwa banyafurika diaspora hari kandi abandi bavugabutumwa barimo pastor james kato pastor chris rue pastor jide laore pastor ryan holladay ndetse pastor charles mugisha arinawe uzakira bakozib’imana email yanyu ntigaragazwa rubuga amazina email ngombwa igitekerezo documentgetelementbyidcommentsetattribute id affbcdefcabdae documentgetelementbyidefsetattribute id comment amazina email
3health
umwana w’umudipolomate w’u rwanda yahanutse etage arapfa
umuhungu w’umunyamabanga mukuru ambasade y’u rwanda burusiya gatatu tariki gicurasi yahanutse etage y’inzu i moscow yitura hasi arapfa umuhungu w’umunyamabanga mukuru ambasade y’u rwanda burusiya gatatu tariki gicurasi yahanutse etage y’inzu i moscow yitura hasi arapfa ikinyamakuru cyigenga vechernyaya moskva kivuga ambasaderi w’u rwanda i moscow yemeje makuru muhungu utarageza myaka yahanutse nyubako yabanagamo se uyu musore utarageza imyaka yigaga ishuri ryisumbuye ikinyamakuru life shot kivuga abaganga baramusanganye indwara mutwe ’bipolar disorder’ icyo kinyamakuru kivuga kandi mbere y’urupfu rwe yarabanje kubwira abaganga n’abarimu iby’ubu burwayi bwe umwe badipolomate b’u rwanda ambasade y’u rwanda i moscow yabwiye bbc kwitegura gucyura umurambo w’uyu musore ushyingurwe rwanda
3health
gisagara umugabo yishe umugore amukubise umutwe nzu
mpakaniye emmanuel murenge mugombwa yatawe yombi rib akurikiranyweho icyaha kwica umugore amukubise umutwe nzu ubwo abaturanyi bumvaga umugore witwa nabanjye angelique atabaza bahageze basanga kurwanaumuturanyi wabo avuga makimbirane bazi urwo rugo ariko nijoro bumvise kurwana yagize ati twumvise kurwana tugezeyo dusanga umugore agihumeka aratubwira umugabo yamukubise umutwe nzu mu gihe twari tugishakisha twakura moto tumujyane muganga yakomeje gutaka ahita ashiramo umwuka umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge mugombwa sibomana damien yavuze mpakaniye yafashwe rib kugira hamenyekane inkomoko y’urupfu rw’umugore yagize mpakaniye yafashwe hari gukorwa iperereza hamenyekane by’ukuri icyishe umugore amakuru y’ibanze ahari yamukubise umutwe nzu kugeza mpakaniye maboko rib sitasiyo muganza umurambo w’umugore wajyanywe bitaro kibirizi chief editor muhaburarw
8culture
itorero inyamibwa ryateguye igitaramo gikomeye inkera i rwanda rizerekaniramo umukino ryise rwimitana
iki gitaramo kizaba cyumweru tariki kibere ihema rinini ryahahoze hitwa camp kigali kcev kigali cultural exhibition village munyaneza landry umuyobozi witorero inyamibwa yatangaje bageze kure imyiteguro yiki gitaramo bise inkera i rwanda kwinjira gitaramo ukwishyura itike yibihumbi bitanu frw myanya isanzwe ibihumbi icumi frw myanya yicyubahiro ndetse hanateguwe ameza afite imyanya ihwanye namafaranga yu rwanda ibihumbi ijana mirongo itanu frw kugeza amatike yatangiye kugurishwa amatike kuboneka simba super market gishushu kicukiro kimironko wayasanga kandi camilia tea house chic kisimenti utc ahandi wayakura sawa city super market i nyabugogo station engin kanogo ahateganye carwash incamake yamateka yitorero inyamibwa itorero inyamibwa ryatangiye mwaka ritangijwe nabanyeshuri babaga aerg kaminuza nkuru yu rwanda rifite intego kwimakaza umuco nyarwanda abarigize baje gusanga bashobora kubyaza umusaruro ubuhanga bafite kwimakaza umuco ndirimbo mbyino batangiye kujya ahabona barakundwa none bamaze kuba ubukombe iri torero ryatangiye gutera imbere buhoro buhoro kubera kugira ibikorwa byiza ritangira gukorana kaminuza bikorwa byayo bitandukanye kugeza ryatangiye gusa nk’aho ryo kaminuza nako ryagiye ryaguka cyane mubare w’abanyamuryango kugeza inyamibwa zigizwe n’ibyiciro by’abanyamuryango habarirwamo bamwe bariciyemo kera mirimo yubuzima busanzwe ndetse n’abakiri ngamba ariko bakaba bahurira bikorwa bitandukanye bibahuza abanyamuryango bakiri ngamba bagera abafite indi mirimo bakagera ndetse banarenga ubu itorero risigaye ribamo abanyamuryango kaminuza zitandukanye kuko kaminuza yahurijwe hamwe bituma naryo risigaye ribarizwa kigali ariko huye hose rikaba rihafite icyicaro kuri abagize itorero inyamibwa bagiye gukorera i kigali igitaramo gikomeye nyuma yibindi binyuranye baherutse gukorera i burayi bihugu bitandukanye nku bufaransa u bubiligi espagne bagaragaje ibyiza bihatswe numuco nyarwanda ndetse bakumbuza benshi u rwanda muhamirizo nimbyino gakondo cyane cyane abanyarwanda bihugu itorero inyamibwa ryari i burayi ryari ryitabiriye iserukiramuco ryiswe iry’amajyepfo festival du sud ryabaye taliki kamena kugeza taliki kanama ryitabiriwe namatorero atandukanye migabane hagamijwe guhuriza hamwe imico kuyiha agaciro iserukiramuco festival du sud ryo mwaka naryo itorero inyamibwa rikubutsemo ryari ryitabiriwe nibihugu birimo u rwanda argentine chili chypre y’amajyaruguru el salvador indoneziya irlande kzakhstan mexique mongolie u burusiya seribiya amatike yatangiye kugurishwa andi mafoto yitorero inyamibwa
1sport
handaball u ikipe y’igihugu y’abahungu yavanye umwanya kabiri i nairobi
muri marushanwa agamije gushaka itike kuzakina igikombe afurika u rwanda ntirwabashije kubona tike kuko byasabaga mbere aka karere afurika y’iburasirazuba kazahagararirwa n’ikipe bahungu ndetse n’imwe bakobwa nubwo u rwanda rutabonye tike rwatahukanye imidali ndetse n’ibikombe bitatu nk’ikipe zaje atatu mbere yaba bahungu ndetse bakobwa buri mukinnyi yahawe umudali ikipe y’abahungu yabaye iya kabiri yahwe igikombe ndetse n’iy’abakobwa yabaye iya gatatu ihabwa igikombe nk’uko byari biteganyijwe ku rwego rw’abakinnyi giti cyabo umukobwa witwa confiance gatesi wegukanye igihembo cy’umukinnyi wagaragaje ubuhanga kurusha abandi rwgo rw’abakobwa mvp akaba yarahawe igikombe cye bwite nyuma gutahuka tike ibonetse abatoza b’amakipe yombi abahungu n’abakobwa slyvestre shema mudahari ngarambe francois xavier bavuze bishimiye abakinnyi bitwaye rusange aba batoza bavuga bagowe cyane n’ikibuga salle bakiniragaho abakinnyi b’abanyarwanda wasangaga bakunda kunyerera bagatakaza imipira kubera batari bakimenyereye muri mikino ikipe uganda yatwaye igikombe bagabo ikipe kenya itwara igikombe bagore ayo makipe azahagararira akarere afurika y’iburasirazuba gikombe afurika cy’abatarengeje imyaka kizabera cote d’ivoire amakipe azahitwara neza akazanahavana itike y’igikombe cy’isi theoneste nisingizwe
2economy
eneo itanga ingufu z’amashanyarazi yafunguye urugomero rushya gihugu cameron
ikigo cyitwa eneo gitanga ingufu z’amashanyarazi cy’abongereza gikorera gihugu cameroun kigaterwa inkunga n’ikigega cy’ubwongereza cyafunguye urugomero rutanga amashanyarazi byihutirwa gihugu cameroun ni urugomero rufite ubushobozi gutanga amashyanyarazi angana megawate akaba gufasha abaturage cameroun bayakeneye byihutirwa mwaka francisco matheo umwe bayobozi b’iki kigo yavuze buryo gushakira igihugu ingufu z’amashanyarazi ziba zikenewe byihuse babikoze cameroun nyuma kubikora bindi bihugu yemen iraq ndetse dubai iki kigo eneo cyatangaje kolowate y’amashanyarazi kizaba gitanga cameroun isaha izaba igurwa amafaranga y’amasefa iki kigo kandi kikaba gifatanyije n’ikindi kigo amerika kitwa ais kirateganya gushora imari ingana miliyari z’amasefa kugirango kibashe guha cameroun amashanyarazi ikeneye itegeko cameroun riha kigo uburenganzira kuyikorera ingufu z’amashanyarazi zitarenze megawate inkuru y’ubukungu
1sport
amavubi karekezi arifuza umutoza w’umunyamahanga
mu gihe bakunzi b’umupira w’amaguru rwanda hari impaka z’urudaca hibazwa uzatoza amavubi umukinnyi ufite inararibonye akaba usigaye mavubi wakinnye igikombe afurika olivier karekezi aratangaza yifuza umutoza w’umunyamaganga mu kiganiro yagiranye kigalitodaycom yavuze abona abatoza b’abanyarwanda bataragire ubumenyi bugahije buryo bahita begurirwa amavubiku bwanjye numva bazana umutoza uvuye hanze umutoza ubizi akaba yanafasha abakinnyi b’abanyarwanda kubona amakipe bakinamo hanze y’ u rwanda hanyuma akaba yakungirizwa n’abatoza b’abanyarwanda byanatuma bamwigiraho byinshi numva ikipe yakwitwara neza rutahizamu apr fc avuga kandi yifuza ministeri y’imikino yazashishoza guhitamo umutoza watoza amavubi bagendeye cyane cyane yakoze ndetse gahunda azaba afitiye ikipe y’igihugu kugeza batoza bahatanira gutoza ikipe y’ u rwanda harimo eric nshimiyimana rwanda jean marie ntagwabira rwanda antoine rustindura rwandathomas higiro rwanda maniraguha jean claude rwanda kanyankore gilbert yaounde rwanda ruremesha emmanuel rwanda mbarushimana abdou rwandabordoli livio swiss peter james butler british roberto alejandro rodrigo argentinean ratomir dujkovic serbo-croatian stewart hall british patrice neveu french dragoslav stepanovic serbian chris sarramagna french gomes da rosa didier french tomislav obradovic croatian milutin micho sredojevic serbian stefano cusin italian goran miscevic serbo-croatian siegfried bahner germany tom saintfiet belgium adel amrouche algerian tosi noel french stephen okechukwu keshi nigerian branko smiljanic serbian zoran m djordjevic serbia simon davey british thoneste nisingizwe
3health
abadepite baribaza ikigenderwaho kwimura impunzi mahanga
mu bihe bishize impunzi z’abanye-congo zishimiye igikorwa kujya gutuzwa leta zunze ubumwe amerika ariko abadepite bagaragaje impungenge z’aho abagenda bava hashingiwe kuba bagisanga inkambi zirimo imibare idahinduka y’impunzi ibibazo abadepite bibaza bishingira mibare yoroshye kuba ahantu havuye abaturage basaga bigomba kugira bigabanya haba mibare n’ibyahakorerwaga byose inkambi gihembe n’izindi z’abanye-congo zimaze kuvamo abasaga gihe biteganyijwe abagera bihumbi bazajya gutuzwa leta zunze ubumwe amerika bamwe bakaba bagisuzumirwa ibyangobwa mu biganiro abadepite bahuriye komisiyo y’ubumwe bw’abanyarwanda uburenganzira muntu kurwanya jenoside bagiranye minisiteri y’imicungire y’ibiza gucyura impunzi midimar werurwe bibazo byagaragaye raporo komisiyo y’uburenganzira muntu depite edouard bamporiki yabajije abimurirwa bihugu hanze bava gihe imibare nkambi iguma kuba yindi yagize hari impunzi ziva rwanda zikajyanwa bihugu mahanga mu by’ukuri ubona umubare ugenda munini nyamara wasubira mpunzi ugasanga umubare utagabanuka abagenda bava he hari abantu barekerereje bibera nzu igihe kugenda cyagera bakaza bakajya mpunzi bigenda bite minisitiri seraphine mukantabana avuga manyanga abamo ahubwo agashyira ikibazo bishyingira bakiri bato kuba abenshi mpunzi bagifite imyumvire bihugu baturutsemo kubyara abana benshi bituma umubare w’impunzi cyane izihamaze igihe kirekire ukomeza kwiyongera yagize wenda umuntu ntiyavuga imibare iguma kuba yindi ariko dufite ikibazo kuba gahunda kuringaniza imbyaro idafata byifuzwa bitewe n’ikibazo cy’imyumvire y’uko kubyara abana benshi ubukungu muco w’ibihugu baturutsemo bityo umubare dufite w’abavuka munini cyane yanavuze abagenda abava nkambi nk’uko biba byapanzwe ndetse amazu ahaguma kuko ahita yifashishwa gucumbikira imiryango yugarijwe n’ubucucike minisitiri mukantabana avuga kugira umuntu yemererwe kwimurwa kindi gihugu habanza gukorwa isuzuma ryo rwego hejuru barebe hatarabayeho amanyanga akavuga hagaragaye mo n’umunyarwanda umwe igikorwa cyose cyahita gihagarikwa midimar itangaza ibyangombwa biranga impunzi bikorwa hakoreshejwe igikumwe cy’umuntu buryo haramutse hinjiyemo umwenegihugu bahita bamuvumbura akavuga n’abari bafashe ibyangombwa by’abanyarwanda bitemewe n’amategeko badashobora kujyanwayo gihe bakigaragaraho kibazo midimar ivuga buri mwaka habaho ibikorwa kwimurira impunzi bihugu bitandukanye bifitanye amasezerano n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita mpunzi unhcr imibare vuba igaragaza rwanda habarizwa impunzi z’abanye-congo zisaga ibihumbi n’iz’abarundi zibarirwa bihumbi yanditswe ubwanditsimuhaburarw
2economy
abakina umukino nag bavuga ubahombya ariko kuwureka bikaba ikibazo
froduard minani umwe rubyiruko twasanze bakinira mukino i muhanga tariki yagize hantu nk’uburozi pe nguka gake gashoboka ariko wungutse rimwe uhita wibagirwa wigeze guhomba ushobora gukina ugatombora ibihumbi ijana ugakurikirana miliyoni ugashiduka bayakuriye nibyo ijana ugashiduka wabibuze jye banyirukanye kazi kubera mukino undi utashatse kwivuga izina yagize nk’ubu ubajije umuntu mutuelle hano ntayo yakwereka ibi nintu uburozi amafaranga ubonye uhita uyahazana kandi kuhava nabyo bikaba ikibazo nubwo mukino ukinwa mugaragaro kandi ukaba unakoresha imashini kabuhariwe ntibibuza bamwe bawukina n’abawubona kuwugereranya n’urusimbi bamwe babyeyi batuye mujyi muhanga bavuga batishimira busa mukino kuko ubarumbiriza abana uwitwa munderere john avuga mukino ubarangariza abana buryo akeka hari abasiba ishuri bakigira gukina uyu mukino ukinwa hakoreshejwe amafaranga umuntu ashyira amafaranga uhereye giceri cy’ijana akayakinisha akoresheje imashini ukunguka cyangwa agahomba gihe amahirwe atamusekeye nk’uko abawukina babivuga akenshi nzu irimo imashini zikinirwaho mukino haba huzuyemo abantu benshi abari gukina abaje kwigeragereza amahirwe ndetse n’abahombye bashaka kongera kubona amahirwe bakagaruza bakinnye cyangwa bashoye benshi nzu urubyiruko bigaragara rukiri kigero cy’abato benshi usanga ababa bafite imirimo iciriritse mujyi cyane cyane ubukarani n’abandi bafite ubucuruzi buciriritse nubwo bivugwa munyeshuri wemerewe kuhagera hari ubabonamo ucuruza tombora akaba uwuhagarariye i muhanga avuga mukino wabo wemewe n’ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere rdb kandi ugamije guteza imbere urubyiruko kuko kampani inaha inkunga minisiteri ishinzwe urubyiruko avuga kuba byemewe guverinoma y’u rwanda bihagije kuba atari urusimbi kuko guverinoma y’u rwanda itemera urusimbi gerard gitoli mbabazi
1sport
nyuma y’imikino ibiri gusa ntibashoboye kumvikana n’umutoza
milovan tajevac yeguye mirimo gutoza ikipe y’igihugu algeria nyuma kuyitoza imikino ibiri gusa nk’uko tubikesha bbc iki cyemezo kije nyuma y’uko anganyirije rugo cameroon igitego - cyumweru mikino gushaka itike y’igikombe cy’isi uyu munyaserbia w’imyaka y’amavuko yahuye wakabiri n’umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru algeria muhamed raouraou kugira baganire musaruro hanyuma ukwegura kwe guhita gutangazwa rajevac yaje asimbura umufaransa christian gourcuff weguye mata umukino algeria uzakurikira izakina nigeria iwayo kuya ugushyingo aha ikipe itsinda niyo izerekeza burusiya mikino y’igikombe cy’isi yanditswe ndacyayisaba hubertmuhaburarw
0politics
kagame n’amerika ishyamba si ryeru
mu ijambo ryo kwifuriza abaturarwanda umwaka mushya muhire perezida paul kagame yavuze ijambo abanyarwanda ndetse n’abanyamahanga bategereje yavuze yuko atakwanga icyifuzo cy’abanyarwanda akaba yemeye kuzongera kwiyamamariza umwanya perezida repubulika nyuma nyuma y’iryo jambo kagame amerika yahise itangaza yuko yatunguwe cyane n’icyo cyemezo kagame yabonagaho nk’umuntu wakagombye kuba intangarugero afurika isi leta amerika itangazo ryayo yavuze yuko ishima byinshi kagame yagejeje rwanda kuko yarukuye habi akaba amaze kurugeza aheza ariko butegetsi obama bwongeraho yuko byakabaye byiza kurushaho ataza guhitamo kozongera kwiyamamariza umwanya perezida repubulika nyuma kurangiza manda kabiri mu magambo make atarimo uguhangana abinyujije twitter kagame yavuze yuko ntawe ukwiye kubabazwa n’amahitamo y’abanyarwanda anavuga yuko bibabaje kumva yuko byabatunguye perezida kagame anagaragaza yuko ibibazo bikomeye afurika ifite bitakemurwa buryo bworoshye nk’iyo myitwarire gutungurwa bikomeye muri referandumu iherutse gukorwa abanyarwanda basaga bemeje ihindurwa ry’itegeko nshinga kagame akazaba yemerewe kongera kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu manda ikurikira y’imyaka irindwi manda ebyiri ntarengwa z’imyaka itanu itanu zizaba zikurikyeho abaturage hano rwanda bazi akamaro kugumana kagame nk’umukuru w’igihugu kurenza ibihubu amerika bibyumva ibyo aribyo byose ntabwo kagame amerika ishyamba ryeru ku butegetsi bill clinton democratic party umubano kagame amerika mwiza cyane haje ubwa bush republican party usanga ubaye mwiza kurushaho perezida kagame perezida barack obama kuri butegetsi barack obama mubano ugenda ucumbagira cyane manda kabiri hillary clinton aviriye mwanya minisitiri w’ububanyi n’amahanga kayumba casmiry
2economy
banze kureka gucuruza agataro kuko kabatunze
abo bacuruzi boherejwe isko nyabisindu ariko banze kurijyamo kuko bakiriya bahaba umwe bacuruzi witwa uwimana jeanne avuga yaranguye kugirango yunguke atunge umuryango yagize aho kwicwa n’inzara nzicwa n’inkoni yakomeje avuga atareka gucuruza agataro kuko ariko kamutunze kuri asanga ubuyobozi bubarenganya kuko bacururiza hanze bagurirwa bikaba bigaragaza abacururiza isoko nabo bahora basaba bantu bakurwa hanze yaryo batabasha guhaza isoko ubuyobozi bw’umurenge nyamabuye buvuga butazihanganira akajagari nk’ako mujyi ariko bakaba barimo kwiga neza byakorwa muturage uhutajwe iyo utembereya mujyi muhanga ugenda uhura n’abantu bikoreye ibicuruzwa by’ubwoko butandukanye ibiribwa n’imyenda bagenda bagurisha baturage batuye duce twa gahogo kibirigi ruvumera n’ahandi ku basanzwe batuye mujyi ubwa mbere byadutse bikaba bituruka kubuzwa gucururiza hanze y’isoko muhanga ahubwo bacuruzi bakoherezwa isoko riri ahitwa i nyabisindu aho bacuruzi bagaragara muhanda uva kaburimbo ujya isoko winjiriye nyubako yitwa lumina muhanda wamabuye imbere bdc muhanga muhanda ugana radio huguka usanga bacuruzi batanditse ibicuruzwa byabo nako bafite ababacungira local defences ziza biruke ernest kalinganire
3health
camera zirimo kwifashishwa kibuga cy’indege kigali gutahura uketsweho coronavirus
ku kibuga mpuzamahanga kigali abagenzi bahanyura binjira rwanda bakirwa n’abaganga bambaye buryo bubarinda kuba hagira ubanduza hanyuma bagahita babaza buri wese aturutse nyuma kwandika igihugu buri wese aturutsemo amakuru ahita ajya mudasobwa umugenzi akerekwa umuti akaraba kumurinda yakwandura cyangwa akanduza coronavirus uko binjira kandi camera ebyiri iburyo indi ibumoso zibafata igipimo cy’umuriro byagaragara hari ufite umuriro mwinshi abaforomo bakamushyira ruhande kugira asuzumwe birenze umuyobozi ushinzwe ishami rigenzura rikanarwanya indwara z’ibyorezo kigo gishinzwe ubuzima rbc dr jose nyamusore avuga camera zoroheje akazi kajyanye gupima umuriro kimwe bimenyetso biranga ibyorezo birimo coronavirus ati camera winjiye zifite ikoranabuhanga ryazo sensor’ ziragufata zikamenya umuriro ufite zigahita zandika hariya televiziyo ukamenya kanaka yinjiye afite umuriro ungana gutya akomeza agira ufite umuriro dukeka hejuru uwonguwo avamo dufite ukuntu bagukuramo bakagushyira ruhande hariya hari icyumba bakakubarizamo ibibazo cyangwa uje bagasanga ufite muriro cyangwa bimwe bimenyetso coronavirus ufite n’urugendo wagiriye gihugu kirangwamo coronavirus bagushyira ruhande bakavuga umuntu twaketse ariko gukeka kurwara biratandukanye cyane dr nyamusore avuga waketswe atwarwa muganga agafatwa ikizamini agategereza ikizamini ntawurayigaragaraho bapimwe abagenzi bishimira gahunda bakavuga uburyo bwiza kugenzura ibimenyetso coronavirus bakavuga muco wiganywe isi hagabanywa ikigero cy’ikwirakwizwa ry’iki cyorezo kugeza ubungubu muntu twari twabona ufite coronavirus rwanda si ubwa mbere rwanda hakoreshwa buryo camera kwirinda ibyorezo kuko zanifashishijwe rwatangiraga gukumira ebola yinjira gihugu hirya hino gihugu kandi ahahurira abantu benshi hamwe hamwe hamaze gushyirwa ibikoresho bitandukanye birimo amazi meza n’isabune byifashishwa gukaraba intoki u rwanda kandi rwamaze guteganya ahantu hane hashyirwa uwaketsweho virusi kugira yitabweho kandi ahamare igihe cyateganyijwe ahamaze gutegurwa bitaro bikuru kanombe hateganyijwe ibyumba bishobora kwifashishwa ibitaro kabgayi byateguye ibyumba n’ikigo nderabuzima kanyinya cyateganyije ibyumba ndetse imirimo kubitegura irakomeje ibindi bitaro gihugu bigera byose byagiye biteganya ibyumba bibiri mu gutegura abakwita murwayi igihe yagaragara minisiteri y’ubuzima itangaza imaze guhugura abaganga
1sport
johnny mckinstry yiteze guhangana gukomeye k’u rwanda uganda chan
mckinstry wigeze kuba umutoza w’amavubi hagati yabitangaje kiganiro yagiranye shene televiziyo y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru uganda fufa yabazwaga tombora chan yaraye ibereye cameroun uyu mugabo w’imyaka watandukanye n’u rwanda nabi ndetse akarucisha amande miliyoni frw nyuma kururega fifa avuga kipe azi kurusha izindi nk’amavubi ati muri afurika kipe nzi neza kurusha u rwanda abakinnyi benshi ikipe nkuru cyangwa iya chan ntabwo bankiniye ariko ninjye wabahamagaye mbere hari umubano dufitanye ariko iminota y’umukino izarangwa guhangana ndizera dufite bisaba cyose kugira tubone amanota atari k’u rwanda gusa ahubwo maroc johnny mckinstry mutoza wagejeje amavubi kure chan nshuro eshatu amaze kuyikina rushanwa ryari ryakiriwe n’u rwanda bageranye basezererwa repubulika iharanira demokarasi congo yatsinze amavubi ibitego - yavuze itsinda c ikipe izaba ihuriyemo n’u rwanda maroc togo itsinda ryiza kuko ririmo amakipe bice byose afurika kandi amakipe akaba afite umukino wayo wihariye chan izatangira tariki kugeza mata umukino mbere w’u rwanda rushanwa uzaruhuza uganda mujyi douala
0politics
perezida kagame yifuza gusimburwa n’umugore
perezida repubulika paul kagame yasabye abagore kongera umuvuduko w’ubwiyongere myanya ifata ibyemezo kugira bazavemo umusimbura mwanya w’ubuyobozi bw’igihugu perezida repubulika paul kagame yasabye abagore kongera umuvuduko w’ubwiyongere myanya ifata ibyemezo kugira bazavemo umusimbura mwanya w’ubuyobozi bw’igihugu ubwo yatangizaga inama y’ umushyikirano yagize intambwe mbere tumaze gutera ishimishije buzima bw’igihugu cyacu u rwanda rukora bisigaye bipimirwa rwego rw’isi yagaragaje yishimiye kuba u rwanda ruri bihugu mbere isi biteza imbere uburinganire bw’abagabo n’abagore nubwo avuga hakiri byinshi gukora raporo yitwa ’global gender gap’ ikorwa world economic forum yasohotse vuba ishyira u rwanda mwanya cyenda bihugu isi iceland niyo mbere yemen iya nyuma karere burundi uganda tanzania kenya dr congo perezida kagame yagize mwongere ’vitesse’umuvudukonjya nifuza rimwe mwanya mwampaye ubukurikira uzatwarwa n’umugore abagabo ntabwo nzi mubyumva perezida w’ u rwanda ayoboye u rwanda mwaka u rwanda ruzongera kugira amatora perezida repubulika paul kagame azaba amaze imyaka butegetsi paul kagame kugeza ntabwo arerura avuge ataziyamamaza cyane itegeko nshinga ry’ u rwanda rimwemerera gukomeza kwiyamamariza kuyobora u rwanda kugera kandi hakurikijwe icyizere afitiwe n’ abanyarwanda kubera amaze kugeza gihugu myaka ishize biragoye hari umuntu wakwiyamamazanya matora perezida repubulika amutsinde
2economy
umubare w’urubyiruko rw’abashomeri kugenda urushaho kwiyongera
nta kwiyongera kw’urubyiruko kugaragara isoko ry’umurimo gihe kuko urubyiruko ruri hagati y’imyaka ruzaba rungana ijana gihe mwaka rungana ijana nkuko bitangazwa n’ishyirahamwe mpuzamahanga rirengera umurimo oitmuri umubare w’urubyiruko rutagira akazi mibare miliyoni bigaragara mubare wiyongereye cyane kugirango ugende ugabanuka iki kegeranyo kivuga rusange kugeza mubare uziyongeraho miliyoni ebyiri bijya kungana ijana abahanga bukungu bavuga ubukungu buri kuzamuka ariko bugasika icyuho rubyiruko cyane cyane mugabane w’aziya bakaba basanga impamvu rumwe rubyiruko rw’iki gihe rwanga gukora imirimo n’imwe ndetse n’ikibazo cy’ubukungu kiri bihugu byateye imbere rumwe rubyiruko mugabane w’uburayi rwishoye mihanda kubera kubura akazi urugero gihugu cy’ubugereki grce espagne ndetse n’ahandi henshi umuryango urungera umurimo oit uvuga kandi bihugu byateye umubare w’amashomeri wazamutseho ijana - uyu muryango uvuga kandi bihugu munsi y’ubutayu sahara umubare w’abashomeri utazahinduka ugereranyije bindi bice isi hatagizwe igikorwa uru rubyiruko rubashe kubona akazi byazagira ingaruka zikomeye cyane bihugu kuko rumwe uru rubyiruko ruzatangira kugana imihanda rwigaragambya ndetse rukishora biyobyabwenge guhungabanya umutekano sitio ndoli email sitiogihamyacom gihamyacom
2economy
hakwiye kubaho gahunda yihariye kubaka umujyi butare
umujyi butare mijyi imaze igihe kinini rwanda kandi ukaba n’umujyi ufite amateka akomeye rwanda uyu mujyi benshi bakunze kuvuga umujyi udakunze guhindura isura yahoranye kuko ukigaragaramo inyubako ngoma gikoroni aha umuyobozi w’aka karere eugene kayiranga muzuka avuga abibwira mujyi utajya uzamuka ugereranije n’indi rwanda bibeshya kuko mujyi ufite uduce turi kuzamurwamo inyubako agira umujyi wacu munini ntabwo abubaka bubaka muhanda mugari gusa ahubwo hari uduce nko i taba karubanda n’ahandi hazamuwe inyubako zigezweho kandi nyinshi ariko mayor muzuka avuga mujyi ukirangwamo inzu nyinshi kera zitajyanye n’igihe bakaba baratangiye gahunda kuzisenya hakubakwa izindibamwe nyiri inyubako banyuranye mujyi batangiye kuvugurura inyubako zabo nyamara izitari nke usanga zisenywa zikamara igihe kitari gito zitarubakwa aha mayor muzuka akaba avuga icyateye byose imyiteguro ibanza gukorwa nyiri inyubako babanje gushaka inguzanyo kugirango bazabashe kubaka amazu agezweho ku bufatanye n’abikorera hazubakwa inyubako z’amagorofa y’ubucuruzi kugera ziri byibuze bnr hotel ibis hotel faucon semuhungu misago aphrodis ecobank igiti cy’ubugingo zimwe nyubako zagaragarijwe ibishushanyo mbonera ziteganijwe kuba zarangiye kubakwa kwezi karindwi k’umwaka gerard gitoli mbabazi
0politics
leta y’ u rwanda yatangaje abagabye igitero i musanze bishwemo abandi bafatwa mpiri
polisi y’ u rwanda yatangaje abantu bagabye igitero karere musanze bakica abaturage mirenge kinigi musanze bishwe abandi bafatwa mpiri polisi y’ u rwanda yatangaje abantu bagabye igitero karere musanze bakica abaturage mirenge kinigi musanze bishwe abandi bafatwa mpiri iki gitero cyagabwe ijoro ryo gatanu rishyira gatandatu n’ abarwanyi baturutse mutwe fdlr -rud- urunana umuyobozi w’ intara y’ amajyaruguru gatabazi jean marie vianney bano bantu abantu b’ abagizi nabi abantu b’ abagome bishe abaturage ntabwo bigeze bajya kwataka ingabo ntabwo bigeze bajya kwataka izindi nzego z’ umutekano avuga bishe abaturage bakoresheje amabuye ibisongo n’ imihoro gusa hari babiri barashwe amasasu gatabazi avuga ashimira abafatanyabikorwa by’ umwihariko mukerarugendo kuko gatandatu abagera basuye ingagi bukeye bwaho abanyamahanga bagera basura ingagi ibi byombi kuba amahoteli abagomba kuyazamo baje bigaraga umutekano wifashe neza abaturage nabo bavuga umutekano wifashe neza bice gitero cyagabwemo bakavuga abantu basubiye mirimo abacuruza bagacuruza abahinga bagahinga uyu yafashwe n’ abaturage akekwaho kuba bagizi nabi kuko yajyanye igitoki isoko yambaye ibirenge akavuga agishakamo ibihumbi umuvugizi polisi y’ u rwanda cp john bosco kabera yashimye abaturage uruhare rukomeye bagize gufata bagizi nabi kuko hari umwe bifatiye ubwabo n’ amaboko abaturage nibo bagiye berekana bagizi nabi banyuze abafashwe bavuga baturutse mutwe witwa fdlr urunana ngo bagiye binjizwa mutwe bakuwe uganda bizezwa bagiye guhabwa akazi keza bazajya bahembwa madorali bageramo bakababwira hano ugerageje gutoroka aricwa izi nyeshyamba zaturutse burasirazuba kongo zishe abanyarwanda zikomeretsa nk’ byatangajwe polisi y’ u rwanda guverineri gatabazi yahumurije abaturage avuga leta yifatanyije n’ ababuze ababo ndetse abasize abana leta izashaka ibunganira yasabye abaturage gukomeza gutangira amakuru ki gihe igihe mubonye umuntu agarutse mwari mumaze igihe mwaramubuze muge mubwira inzego z’ umutekano zimubaze yabaga abaturage bavuga abenshi bishwe abageragezaga guhamagara abashinzwe kurinda umutekano w’ u rwanda abagabye igitero abishwe batanu bafatwa mpiri abandi baracyashakishwa
1sport
ikipe y’u rwanda basketball y’abakobwa u yatsinzwe apr
ikipe y’u rwanda yiganjemo abakobwa bakina mashuri yisumbuye kaminuza yatangiye ikina neza cyane ndetse irangiza agace mbere k’umukino quart-temps nyuma kuvunika sandra irakoze wabafashaga cyane kugeza imipira batsinda apr yatangiye kubarusha imbaraga n’inararibonye kuko yakinishaga abakinnyi bakuze kandi basanzwe bamenyereye shampiyona umukino urangira apr itsinze ikipe y’igihugu u amanota kapiteni w’ikipe y’igihugu y’abakobwa denise uwase yadutangarije gukina n’ikipe apr yatwaye igikombe shampiyona bibafasha kwitegura neza kuko bituma batinyuka amakipe akomeye bazahura irushanwa ry’akarere gatanu uwase usanzwe akinira kaminuza y’u rwanda avuga hari amakosa bakora kubera benshi batamenyereye amarushanwa ariko bizeye bazagera igihe cy’irushanwa nyirizina ry’akarere gatanu baramaze kuyakosora yabisobanuye magambo turacyari bato kandi dukeneye kumenya kandi amabwiriza abatoza baduha tuyumva vuba kandi tukagerageza kuyashyira bikorwa buryo dufite icyizere imikino y’akarere gatanu izagera tumeze neza kibazo tukanitwara neza charles mbazumutima umutoza w’iyi kipe wungirije avuga bikibagoye gutegura ikipe neza nk’uko babyifuza kuko hari abakinnyi biga i kabgayi bataraza ikipe y’igihugu kubera bakirimo gukora ibizamini gusa nibaza ikipe izarushaho gukomera iyi kipe iherutse marushanwa yabereye i burundi izakomeza gukina mikino gicuti kugira imenyere neza dore ubwa mbere ikipe y’u rwanda y’abakobwa uru rwego yitabiriye amarushanwa mpuzamahanga abakinnyi bahamagawe mwiherero umwizerwa vanessa kabanyana ange iradukunda muzigabanga cynthia manishimwe genevieve umutoni gisele nzaramba cecile niyonsaba delice micomyiza rosine irakoze sandra kanyamibwa marie claire gakwenzire solange uwase denise yamfashije jeanne immacule nyirahumure nancy ishimwe alice kanzayire theoneste nisingizwe
2economy
burera bacuruza kanyanga kuko idasaba amafaranga menshi
inzego zishinzwe umutekano munsi ushira zidafashe abantu bikoreye kanyanga bayikuye uganda bayizana rwanda abari kuyinywa cyangwa se abayicuruza bakabahana kanyanga babafatanye bakayimena ariko ntibabireka nkurunziza jean baptiste avuga impamvu abantu bamwe bajya bucuruzi kanyanga ugushaka imibereho agira ino niyo itunze abantu bayikuramo amafaranga menshi nyamara bashoye makeya nshimiyimana protais avuga kuba rumwe rubyiruko rujya gucuruza kanyanga kandi ikiyobyabwenge mafaranga y’igishoro ahagije bafite gucuruza ibindi agira niyo waba ufite ibihumbi bibiri ujya bugande ukarangura ukaza ugacuruza yongera ho usibye kuba urubyiruko rucuruza kanyanga runakora akazi kujya kuyikura uganda rukorera abandi aho umuntu afite uwamutumye yagaruka akamuha amafaranga bumvikanye avuga urubyiruko rubonye abarutera inkunga rutasubira gucuruza kanyanga iradukunda viateur avuga abajya bucuruzi kanyanga mafaranga menshi bafite gucuruza ibindi ngo ukubura bagira tariki rvlien avuga hari abayicuruza kuko bafite abayinywa batari bake ako gace agira barayicuruza kuko abantu bayinywa bavuga bayinyweye inzoka zicurama inzoka nda akomeza avuga gace atuyemo kuyicuruza ndetse kuyinywa byabaye nk’umuco hari twaganiriye ariko utarashatse izina rye ritangazwa adutangariza gihe kanyanga abayinywa badahita babona ingaruka mbi zayo ako kanya batazareka kuyinywa agira iyaba umuntu wanywaga kanyanga yahitaga abona ingaruka mbi zayo ako kanya abantu bareka kuyinywa n’abayicuruza bakabireka hagati ubuyobozi burakora ibishoboka ibiyobyabwenge birimo kanyanga bicike kimwe bikorwa bishya abayobozi karere burera bakoze ugushyiraho ikigega cy’amafaranga ahabwa abantu bareka gucuruza kanyanga akabafasha gukora indi mishinga norbert niyizurugero
0politics
ubutumwa perezida yoweri museveni yageneye abaturage uganda munsi w’ubwigenge
i tariki ukwakira umunsi w’amateka gihugu uganda ndetse n’abaturage batuye uganda kuko niwo munsi gihugu cyabonye ubwigenge nyuma y’uko ubugande bwari bwarakoronijwe n’ubwongerereza mwaka w’i gusa itariki nk’iyi turiho ukwakira mwaka w’i nibwo ubugande bwikuye ngoma y’abakoroni museveni wagejeje byinshi kubatuye ubugande mu butumwa perezida w’igihugu uganda yoweri museveni yabwiye abaturage umunsi w’ ubwigenge umunsi mwiza kwibuka turi n’uko twabigezeho guverinoma nrmnational revolutions mouvment izakomeza guhananira ubwigenge politiki imibereho myiza y’abaturage n’ubukungu bw’ igihugu twishakamo ubushobozi uru ariko urugamba buri muturage uganda agomba kugiramo uruharebamwe bayobozi b’ibihugu bakomeje kwandikira ubutumwa gihugu uganda bifuriza umunsi mwiza w’ubwigenge harimo leta zunze ubumwe america swazland kenya ndetse n’abandi bayobozi bagiye bakomeza kwandikira museveni bakoresheje imbuga nkoranyambaga bagaragaza bishimiye imikoranire n’ubuhahirane bagirana n’igihugu uganda yanditswe akayezu snappymuhaburarw
4entertainment
tanzaniaumuraperikazi yahagaritswe kubera gukora indirimbo yuzuyemo urukozasoni
abategetsi tanzania bahagaritse umukobwaukora injyana rap witwa rosa ree ntazongere gukora ibitaramo gihe cy’amezi atandatu kubera videwo y’indirimbo aherutse gusohora yarenze muco w’igihugu urwego rugenzura abahanzi tanzania ruzwi ’baraza la sanaa la taifa’ basata rwongeyeho ndirimbo yitwa ’vitamin u’ yarenze mabwiriza yarwo uwo muhanzi agaragaramo kumwe timmy tdat umusore bakundana w’umuhanzi kenya iryo hagarikwa rivuze rosa ree atazanemererwa gukora ibitaramo hanze y’igihugu kandi agomba kuriha amande y’amadolari y’amerika nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru the citizen kitegamiye leta onesmo kayanda umuyobozi w’agateganyo w’urwego basata yavuze basanze ’muraperi’ yarakoze amakosa abiri nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru the citizen ati twatumije rosa ree tugira tumubaza urwego rwacu rwamusanganye amakosa yiyongera gutangaza ibintu nyandagazi rubuga internet yakomeje agira atiirya mbere rimwe yigeze azanira basata umushinga w’indirimbo ugenzurweirya kabiri ntabwo yakoranye kontaro n’umuhanzi w’umunyamahanga bakoranye indirimbo nkuko biteganywa n’amategeko videwo mbere y’iyo ndirimbo yashyizwe rubuga youtube yaje gukurwaho kubera ibiyirimo nyandagazi nkuko bitangazwa n’urubuga nairobi news kenya muri video hagaragaramo muraperikazi kumwe timmy tdat bambaye ubusa buri burirosa ree yicaye bibero timmy arimo gukandakanda amabere ndetse rose ree akomeza azamura amaguru indi videwo y’iyo ndirimbo urwo rubuga ruvuga isukuye yashyizwe internet cyumweru gishize imaze kurebwa inshuro zigera amashusho mbere y’iyo videwo yarahinduweiyo videwo imara iminota itatu gusa ibice bimwe byayo birahishwe mu mwaka ushize urwego basata rwahannye umuhanzi diamond platnumz nyuma kubyina indirimbo yaraciwe kuko igaragaramo ibijyanye n’imibonano mpuzabitsina iyo ndirimbo yitwa mwanza irimo ijambo ry’igiswayile risobanura umuntu ushaka cyane gukora imibonano mpuzabitsina ndetse ababyinnyi bakagaragara bigana gikorwa muhaburarw
3health
nyamasheke batatu bafungiye ingengabitekerezo jenoside
abagore babiri n’umugabo umwe mirenge kagano gihombo karere nyamasheke maboko polisi bafungiye ingengabitekerezo jenoside bagaragaje minsi nyuma gusoza icyunamo cy’uyu mwaka umuyoboiz w’aka karere nyamasheke wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mukamana claudetteavuga abafungiye ingengabitekerezo jenoside aka karere uwitwa harelimana mathias murenge gihombo afungiye kuba mata umuturanyi witwa ruberanziza aphrodis warokotse jenoside yakorewe abatutsi akaba n’inkeragutabara yaramubwiye kujya biganiro akamusubiza ati’’ genda wowe bifitiye akamaro’’hari kandi n’abagore babiri uwitwa uwineza immacule w’imyaka mugenzi nyiransengimana valentine w’imyaka kabari mata bakaganira bantu bagaragaje ihungabana gihe cy’icyunamongo bakagera uwimana anne-marie wahuye n’icyo kibazo bakavuga yirizaga cyane kugira amafaranga ajya gaseke bayongere uretse mata hatangwaga amafaranga gufasha abarokotse jenoside murenge kanjongo basanzemo igiceri kayibandakugeza n’ubu hakaba hataramenyekana uwagishyizemo mukamana claudette yagize ati’’ aba bantu baraduhemukiye rwose kuko ntitwifuzaga karere kacu hagaragaramo ingengabitekerezo jenoside kandi twari tugiye gusoza neza ariko baradutobeyegusa nibibahama bazakanirwa urubakwiyetukaba tuboneyeho gusaba abaturage kwirinda amagambo cyangwa ibikorwa bigaragaza ingengabitekerezo jenosideahubwo bagakomeza gufasha abayirokotsekandi abarokotse tukaba dukomeje kubihanganisha nubwo hakomeje kugaragara abakibatoneka’’ bamwe baturage b’aka karere baganiriye n’imvaho nshya bavuze bibabaje kuba hari abagifite ingengabitekerezo jenosidebavuga gukaza amategeko ayihana bizabacogozaariko bakwiye kwihana batarahanwayanditswe ubwanditsimuhaburarw
2economy
igihembwe cy’ihinga a kizagira imvura ihagije rusange twahirwa antoine
iyi mvura izagwa buryo buhagije gihe cy’amezi nk’uko isesengura ry’ibipimo byakozwe service y’ubumenyi bw’ikirere ryabyerekanye gusa turere tumwe tumwe imvura izagwa ariko igende igabanuka ibihe bizagenda bishira tumwe turere tuzabonekamo imvura nyinshi kurusha utundi cyane turere tw’imisozi miremire cyane majyaruguru n’igice kimwe cy’intara y’iburengerazuba ibi bikaba byaratangajwe n’umuyobozi service y’iteganyagihe service y’ubumenyi bw’ikirere twahirwa antoine muri turere tuzabonekamo imvura nyinshi harimo gicumbi burera musanze ngororero nyabihu nyaruguru nyanza muhanga kamonyi nyamagabe huye ruhango rubavu gakenke rulindo icyakora ntara y’iburasirazuba kubera hateyekuba hatagira imisozi ifata imiyaga ifite ubuhehere bw’umwuka bityo bigatuma ihuhwa n’umuyaga ikigira ahandi nayo mpamvu hadakunze kuboneka imvura nyinshi nk’ahandi rwanda gusa imvura izagwayo ihagije ariko izagenda igabanuka izagenda igwa bikaba bidakwiye gutera impungenge abazakora imirimo itandukanye tumwe turere tuzagwamo imvura ihagije ariko ikazagenda igabanuka izagenda igwaharimo rusizi nyamasheke karongi rutsiro rubavu nyagatare ngoma kirehe rwamagana gatsibo kayonza bugesera gasabo kicukiro nyarugenge ndetse gisagara twinshi utu turere tukaba utw’intara y’iburasirazuba kubera imiterere yayo gusa iteganyagihe risesengura ibipimo by’imvura bafite hanyuma bakabigeza minisiteri ifite ubuhinzi n’ubworozi nshingano zayo nayo igira abahinzi inama y’ibyo bahinga bitewe n’ibihe by’imvura biriho kugeza ntara zitandukanye ubuhinzi bukaba bwaritabiriwe buryo bushimishije ndetse gihembwe cy’ihinga a kikaba kirimo kugenda neza nk’uko musabyimana innocent umuyobozi mukuru ushinzwe iby’ubuhinzi kigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi rab abitangaza yongeraho ugereranije n’uko intara zagiye zitabira ubuhinzi ntara y’iburengerazuba bageze batera majyaruguru bageze y’ubutaka bugomba guhingwa guterwa burasirazuba ho bageze majyepfo bakaba bageze impamvu majyepfo bakiri hasi musabyimana avuga imvura yaguye itinze buryo ubutaka bwari butarasoma ikindi usanga abafite ubutaka bunini bagenda hirya hino migi kuburyo batabwegereye bahite babuhinga iyi mibare y’aho abaturage bageze bahinga ikaba ishobora guhinduka nk’uko musabyimana abivuga kuko bashyize ingufu nyinshi kubakangurira guhinga hakiri kare imvura ikiriho uturere twa nyanzakamonyi muhanga ntara y’amajyepfo tukaba two twari turi inyuma ugereranije n’utundi kwitabira gahunda y’ubuhinzi abahinzi b’intara y’iburasirazuba bakaba bakangurirwa n’ikigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi guhinga vuba kuko agace k’uburasirazuba imvura ikunze gucika mbere ako gace nk’uko musabyimana yabitangaje safari viateur
1sport
basketball ikipe y’u rwanda u y’abahungu yatsinzwe csk
nubwo kipe yatsinzwe bigaragara yitwaye neza rwego rwayo kuko yakinnye n’abakinnyi bakomeye hano rwanda banasanzwe bakina ikipe y’igihugu nkuru barimo robert thompson n’abandi umutoza w’iyi kipe wungirije kalima cyrille avuga arebye kipe ihagaze n’imyitozo myinshi bamaze iminsi bakora asanga ifite ubushobozi kuzegukana umwanya mbere mikino y’akarere gatanu yagize mikino gicuti ifasha abakinnyi cyane kumenyera gukomera kandi natwe nk’abatoza bikadufasha kumenya tugomba gukosora ibi biduha icyizere dushobora kuzegukana igikombe kuko nayo ntego dufite ikipe y’u rwanda iratanga icyizere kuko hajemo n’abasore baturutse leta zunze ubwumwe amerika buryo usanga ikipe ifite ingufu biteganyijwe imikino y’akarere gatanu izitabirwa n’amakipe atandatu u rwanda kenya uganda tanzania ethiopia soudan amakipe atandatu bagabo bagore azaba ahatanira itike kuzajya mikino y’igikombe afurika cy’abatarengeje imyaka kizabera mozambique kugeza abakinnyi myitozo manzi ernest nestor karekezi rurangirwa pascal uwizeye placide rafiki muhamed uwimana sankara kubwimana kazingufu ali munyandamutsa niyomugabo sunny mugirangeza ruterana fabrice ndoli jean paul kaje elie shyaka olivier munyaneza eric niyonkuru pascal mugisha igor eric ngenzi scifon shyaka theoneste nisingizwe
2economy
u rwanda rwiyemeje kuzamura ubwikorezi bw’indege
nzahabwanimana yafunguraga inama y’iminsi ibiri mugaragaro yiga bijyanye n’ubwikorezi gucunga umutekano ndege yagize guverinoma yihaye intego kwita bwikozi bw’indege kandi izakomeza gukorana n’abafatanyabikorwa kuzamura imikorere y’uru rwego iyi nama kubera i kigali yatangiye kuwa mbere tariki ukwakira yitabiriwe n’abakozi bakora nzego zijyanye n’ubwikorezi bw’indege rwanda yateguwe n’urwego mpuzamahanga ry’indege gisivile ruhuza ibihugu afurika nyanja y’abahinde icao-afi bufatanye leta y’u rwanda nzahabwanimana yavuze ubwikorezi bw’indege ingenzi gihugu nk’u rwanda kidakora nyanja yibukije u rwanda igihugu kigendwa naba mukerarugendo benshi kandi ubukerarugendo bukaba butanga umusanzu kuzamura ubukungu bw’igihugu kugeza mukerarugendo barenga bakoresha ikirere kuza gihugu bukerarugendo mu rwanda hakorera ibigo bitandukanye bikora ubwikorezi kirere nk’ikigo cy’u rwanda gutwara abantu n’ibintu ndege rwandair ndetse hakorera n’ibigo bitwara abantu n’ibintu kirere klm brussels airlinesmu mpera z’uku kwezi kanama rwandair yazanye mbere mugabane w’afurika indege mbere zihanitse bwoko boeing - umunyamakuru kigali today
2economy
south african airways yasubukuye ingendo zayo rwanda
itangazo kompanyi yashyize ahagaragara rivuga ngendo zigamije gushyigikira kwagura ubuhahirane afurika kuko zije ziyongera zindi ikorera hirya hino mugabane w’afurika ndetse gufasha abakiliya bayo kugera hirya hino hatakunda kugaragara ingendo z’indege hari hashize imyaka itanu south african airways ihagaritse ingendo zayo rwanda byari biteganyijwe ngendo zisubukurwa kwezi cumi umwaka ushize ariko ntibyakunda kubera umubano utari umeze neza hagati y’u rwanda n’afurika y’epfo iki gikorwa kuzisubukura cyirerekana intambwe ikomeje guterwa gutsura umubano hagati y’ibihugu byombi ingendo south african airways rwanda zizajya ziba gatatu cyumweru kuwa kabibi kuwa gatanu cyumweru indege zajya iva johannesburg h igere rwanda h hanyuma ive rwanda h yerekeze i burundi ikazajya ihagera h ingendo zijya johanesbourg ruzajya ziba kuwa mbere kuwa gatatu kuwa gatandatu izajya ihagurukira i burundi inyure i kigali ibone kwerekeza johanesbourg urugendo johannesburg- kigali-bujumbura rukazajya rukorwa n’indege saa’s a ifite ubushobozi gutwara abantu marie josee ikibasumba