label
class label
14 classes
kin_label
stringclasses
14 values
en_label
stringclasses
14 values
url
stringlengths
29
204
title
stringlengths
9
187
content
stringlengths
73
79.8k
5history
amateka
history
https://www.kigalitoday.com/amakuru/mu-mateka/article/yihakanye-uwo-yabyaye-animisha-na-nyina-ibyo-yagombaga-guhabwa-nk-abandi
Yihakanye uwo yabyaye animisha na nyina ibyo yagombaga guhabwa nk’abandi batishoboye
Icyatumye amwihakana ngo ni uko yanze kujya akomeza kuryamana nawe, nk’uko nyirubwite abivuga. Ati: ”Umugabo wanjye w’iserazerano aba Uganda, nkaba narabyaranye n’undi, uwo twabyaranye rero ni umuyobozi w’umudugudu wa kabuye. Nyuma aho tubyaraniye yashatse gukomeza kunsambanya ngo angire akarima ke ndanga”. Uyu mubyeyi avuga ko n’ubwo yarabyaranye nawe yunvaga atakomeza gukora amakosa yo guca umugabo inyuma, n’ubwo adahari. Akomeza avuga ko uwo mugabo yakomeje kumubangamira mu buyobozi, ubwo bazaga kubarurra abatishoboye bagombaga gufashwa na VUP. Abo bantu bagombaga guhabwa ibibanza, amabati kugira ngo babone aho kuba kuko ntaho bari bafite ho kuba. Ati: ”Ubwo urutonde rw’abazahabwa ibyo bikoresho rurangiye, njye nasanze ntaruriho, kandi ni we warukoraga. Abaturanyi banjye bose bemezaga ko nanjye ngomba gufashwa. Ikimbabaza ni uko andenganya kandi ari we wakagombye kundenganura”. Uyu mubyeyi yivugira ko uwo mwana basa cyane ndetse n’abana b’uwo mugabo bose ngo basa n’uwo we, avuga ko yagerageje kugeza icyo kibazo ku nzego zitandukanye ariko ntibamufashe, nyuma akaza kukigeza mu murenge aho kigomba gukirkiranwa n’umuyobozi wawo. Maniraguha avuga ko kubera ibyamubayeho akarenganywa n’uwakamurenganuye yemeza ko bafitanye igihango, agira abagore batabana n’abagabo babo inama yo kwitonda kugira ngo batazahura na bamwe mu bagabo bameze nkawe. Ati “Ubu ndera umwana jyenyine kandi twakagombye gufatanya inshingano z’ababyeyi”. Arangiza avuga ko Kubwe, yunva ari akarengane yahuye nako ,ati”Kwanga kunshyira ku rutonde nk’abandi bakene ngo ni uko nanze gusambana? ubwo se koko ibyo ni ibiki?” Twagerageje kuvugana na nyirubwite ngo twunve nawe icyo abivugaho, ntibyadukundira kubera ibibazo bya telefone. Hortense Munyantore
5history
amateka
history
https://www.kigalitoday.com/amakuru/mu-mateka/Barasaba-ko-ba-kavukire-boroherezwa-ntibakomeze-kwimurwa-mu-mijyi
Barasaba ko ba kavukire boroherezwa ntibakomeze kwimurwa mu mijyi
Iyi nama yateraniye mu cyumba cy’inama cya Bonni Concilli tariki 14/06/2012, yari igamije kungurana ibitekerezo ku myubakire ikwiye ituma amazu y’Abanyaturarwanda adasenyuka kubera ibiza. Nk’uko abari mu nama babigaragaje, ngo byakunze kugaragara ko uko imijyi igenda ikura hari abantu bagenda bimurwa bakimukira mu nkengero zayo, naho bahagera, nyuma y’ikindi gihe bakongera kwimurwa. Hifujwe ko hazashyirwaho uburyo bwo kubaka mu buryo burambye, ntusange uyu munsi abantu bimuwe, bwacya bikaba uko, kuko uretse kuba bihombya ba nyir’ukwimurwa, binabatesha igihe hakaba n’abatabasha kongera kwiyubakira aho baba handi mu mafaranga baba bahawe y’ingurane. Abari mu nama bati “gutegura ibishushanyo mbonera by’imijyi yose ni imwe mu nzira zo gukemura iki kibazo, hanyuma ntihongere kugira uwubaka hadakurikijwe iki gishushanyo.” Abandi bati “byaba byiza hatagize abongera kwimurwa baterekwa aho bajya gutura mu buryo bupanze neza, ku buryo hatazagira igihe ngo bongere bababwire ngo nibimuke”. Hanagaragajwe icyifuzo cy’uko mu gihe utumye abantu bimuka yaba agiye kubaka inzu izaturwamo ya etaji, habaho amasezerano y’uko nyir’ukwimurwa na we yahabwa aho kuba muri iyo nyubako nshyashya. Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere imiturire gifite umurimo ukomeye wo gutuma ibi byifuzo bishyirwa mu bikorwa. Ubufatanye n’ubuyobizi bw’ibanze na bwo ni ngombwa. Marie Claire Joyeuse
5history
amateka
history
https://www.kigalitoday.com/amakuru/mu-mateka/Abantu-9-bashakishwa-cyane-na-ICTR-na-USA-bashinjwa-kugira-uruhare-muri
Abantu 9 bashakishwa cyane na ICTR na USA bashinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi
Leta zunze Ubumwe z’Amerika kandi zanijeje uzatanga amakuru ko izina rye rizagirwa ibanga ndetse akazacungirwa umutekano w’aho azaba ari kuri iyi isi n’aho azaba ashaka kujya. Uza ku mwanya wa mbere muri abo barashakishwa, ni umunyemari Kabuga Felicien, uregwa kuba yaratanze inkunga y’ibikoresho ndetse akanatanga amafaranga menshi yo guhemba no kugura ibikoresho byakoreshejwe mu gutsemba abatutsi muri Jenoside, birimo kugura imihoro atanga n’imidoka zajyaga kwica abantu. Amakuru avuga ko yaba yihishe muri Kenya aho akomeje gukora ubucuruzi ni ubwo icyo gihugu kibihakana. By’umwihariko urukiko mpanabyaha mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) rukaba rwaratangije kumva abatangabuhamya bashinja uwo mugabo, bukazabikwa kugeza igihe azatrebwa muri yombi. u mwanya wa kabiri hari Bizimana Augustin, aho bivugwa ko yaba ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, mu mwaka ushije bikaba byavugwaga ko yaba yaragiye mu bihugu nka Angola, Guinne, Kenya ndetse na Kongo Brazzaville. Bizimana akaba ashinjwa kuba yarateguye Jenoside yakorewe abatutsi no kwica abandi banyapolitiki batavugaga rumwe n’ubutegetsi, ndetse ngo no mu gihe cy’iminsi 100 Jenoside yamaze, Bizimana akaba yarateraga inkunga abicanyi, abaha anabigisha intwaro. Akaba yaragize uruhare mu gutegura amazina y’abantu bagombaga kwicwa, by’umwihariko akaba yarategetse abamurinda kwica abantu babiri bari bafatiwe mu muhanda wo hafi y’aho yari atuye. Undi uri ku mwanya wa gatatu ni Protais Mpiranya wari wungirije umuyobozi w’ibikorwa bya gisirikare n’ubutasi muri batayo yari ishinzwe kurinda umukuru w’igihugu (GP), mbere yo kugirwa umuyobozi wa batayo yari ishinzwe kurinda umukuru w’igihugu mu mwaka wa 1993. Kuva mu ntangiriro z’umwaka wa 1992, Mpiranya bivugwa ko yagenzuraga imyitozo y’Interahamwe yaberaga mu Ruhengeri, Cyangugu, Gisenyi, Butare n’ Umutara, by’umwihariko mu bigo bya gisirikare bya Gabiro, Gako, Mukamira na Bigogwe. Avugwaho gukwirakwiza intwaro mu mutwe w’abagizi ba nabi ndetse n’abaturage b’indobanure bari bafite umugambi wo gutsemba abatutsi. Uyu mugabo bivugwa yaba abarizwa mu gihugu cya Zimbabwe mu Mujyi wa Norton, uretse ko abayobozi bashinzwe iperere muri icyo gihugu nabo bakomeje guhakana ko ariho ari. Undi ni Pheneas Munyarugarama na we ari ku rutonde rw’abashakishwa, uyu akaba yari Liyetena Koloneli mu ngabo zatsinzwe (Ex-FAR) na we ashinjwa ibyaha birimo Jenoside, ibyaha byo mu ntambara n’ibyibasiye inyokomuntu. Aloys Ndimbati wahoze ari burugumesitiri wa Komine Gisovu mu cyahoze ari perefegitura ya Kibuye, ashinjwa kwica abatutsi bo mu Bisesero afatanyije n’interahamwe abajandarume,abapololisi ba Komine n’abasirikare. Abandi bari ku rutonde rumwe na none ni Ladislas Ntaganzwa wahoze ari Burugumesitiri wa Komine Nyakizu i Butare akaba yarahoze ari na perezida wa MRND ishyaka ryari ku butegetsi mu cyahoze ari Komine Nyakizu, Charles Ryandikayo wari umuyobozi wa resitora yo ku Mubuga mu cyahoze ari Komine Gishyita, wagize uruhare mu iyicwa ry’abatutsi bari bahungiye muri kiliziya yo mu Bisesero n’abandi nka Charles Sikubwabo, wari Burugumesitiri wa Komine Gishyita mu cyahoze ari perefegitura, na we ashinjwa kuba yaragize uruhare mu bwicanyi bwabereye muri kiliziya ya Bisesero. Ku mwanya wa nyuma mu bashakishwa hari Kayishema Fulgence wari umwe mu bayobozi ba polisi mu cyahoze ari Komine Kivumu mu cyari Perefegitura ya Kibuye. Aregwa kugira uruhare mu bwicanyi bw’abatutsi cyane cyane abari ahitwaga Nyamabuye aho yayoboye ibitero by’ishe abatutsi benshi kuko ariwe wasaga naho ategeka interahamwe n’abandi bicanyi kuko uwo yavugaga ko yicwa atararaga. Egide Kayiranga
5history
amateka
history
https://www.kigalitoday.com/amakuru/mu-mateka/article/yihakanye-uwo-yabyaye-animisha-na-nyina-ibyo-yagombaga-guhabwa-nk-abandi
Yihakanye uwo yabyaye animisha na nyina ibyo yagombaga guhabwa nk’abandi batishoboye
Icyatumye amwihakana ngo ni uko yanze kujya akomeza kuryamana nawe, nk’uko nyirubwite abivuga. Ati: ”Umugabo wanjye w’iserazerano aba Uganda, nkaba narabyaranye n’undi, uwo twabyaranye rero ni umuyobozi w’umudugudu wa kabuye. Nyuma aho tubyaraniye yashatse gukomeza kunsambanya ngo angire akarima ke ndanga”. Uyu mubyeyi avuga ko n’ubwo yarabyaranye nawe yunvaga atakomeza gukora amakosa yo guca umugabo inyuma, n’ubwo adahari. Akomeza avuga ko uwo mugabo yakomeje kumubangamira mu buyobozi, ubwo bazaga kubarurra abatishoboye bagombaga gufashwa na VUP. Abo bantu bagombaga guhabwa ibibanza, amabati kugira ngo babone aho kuba kuko ntaho bari bafite ho kuba. Ati: ”Ubwo urutonde rw’abazahabwa ibyo bikoresho rurangiye, njye nasanze ntaruriho, kandi ni we warukoraga. Abaturanyi banjye bose bemezaga ko nanjye ngomba gufashwa. Ikimbabaza ni uko andenganya kandi ari we wakagombye kundenganura”. Uyu mubyeyi yivugira ko uwo mwana basa cyane ndetse n’abana b’uwo mugabo bose ngo basa n’uwo we, avuga ko yagerageje kugeza icyo kibazo ku nzego zitandukanye ariko ntibamufashe, nyuma akaza kukigeza mu murenge aho kigomba gukirkiranwa n’umuyobozi wawo. Maniraguha avuga ko kubera ibyamubayeho akarenganywa n’uwakamurenganuye yemeza ko bafitanye igihango, agira abagore batabana n’abagabo babo inama yo kwitonda kugira ngo batazahura na bamwe mu bagabo bameze nkawe. Ati “Ubu ndera umwana jyenyine kandi twakagombye gufatanya inshingano z’ababyeyi”. Arangiza avuga ko Kubwe, yunva ari akarengane yahuye nako ,ati”Kwanga kunshyira ku rutonde nk’abandi bakene ngo ni uko nanze gusambana? ubwo se koko ibyo ni ibiki?” Twagerageje kuvugana na nyirubwite ngo twunve nawe icyo abivugaho, ntibyadukundira kubera ibibazo bya telefone. Hortense Munyantore
5history
amateka
history
https://www.kigalitoday.com/amakuru/mu-mateka/Barasaba-ko-ba-kavukire-boroherezwa-ntibakomeze-kwimurwa-mu-mijyi
Barasaba ko ba kavukire boroherezwa ntibakomeze kwimurwa mu mijyi
Iyi nama yateraniye mu cyumba cy’inama cya Bonni Concilli tariki 14/06/2012, yari igamije kungurana ibitekerezo ku myubakire ikwiye ituma amazu y’Abanyaturarwanda adasenyuka kubera ibiza. Nk’uko abari mu nama babigaragaje, ngo byakunze kugaragara ko uko imijyi igenda ikura hari abantu bagenda bimurwa bakimukira mu nkengero zayo, naho bahagera, nyuma y’ikindi gihe bakongera kwimurwa. Hifujwe ko hazashyirwaho uburyo bwo kubaka mu buryo burambye, ntusange uyu munsi abantu bimuwe, bwacya bikaba uko, kuko uretse kuba bihombya ba nyir’ukwimurwa, binabatesha igihe hakaba n’abatabasha kongera kwiyubakira aho baba handi mu mafaranga baba bahawe y’ingurane. Abari mu nama bati “gutegura ibishushanyo mbonera by’imijyi yose ni imwe mu nzira zo gukemura iki kibazo, hanyuma ntihongere kugira uwubaka hadakurikijwe iki gishushanyo.” Abandi bati “byaba byiza hatagize abongera kwimurwa baterekwa aho bajya gutura mu buryo bupanze neza, ku buryo hatazagira igihe ngo bongere bababwire ngo nibimuke”. Hanagaragajwe icyifuzo cy’uko mu gihe utumye abantu bimuka yaba agiye kubaka inzu izaturwamo ya etaji, habaho amasezerano y’uko nyir’ukwimurwa na we yahabwa aho kuba muri iyo nyubako nshyashya. Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere imiturire gifite umurimo ukomeye wo gutuma ibi byifuzo bishyirwa mu bikorwa. Ubufatanye n’ubuyobizi bw’ibanze na bwo ni ngombwa. Marie Claire Joyeuse
5history
amateka
history
https://www.kigalitoday.com/amakuru/mu-mateka/Abantu-9-bashakishwa-cyane-na-ICTR-na-USA-bashinjwa-kugira-uruhare-muri
Abantu 9 bashakishwa cyane na ICTR na USA bashinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi
Leta zunze Ubumwe z’Amerika kandi zanijeje uzatanga amakuru ko izina rye rizagirwa ibanga ndetse akazacungirwa umutekano w’aho azaba ari kuri iyi isi n’aho azaba ashaka kujya. Uza ku mwanya wa mbere muri abo barashakishwa, ni umunyemari Kabuga Felicien, uregwa kuba yaratanze inkunga y’ibikoresho ndetse akanatanga amafaranga menshi yo guhemba no kugura ibikoresho byakoreshejwe mu gutsemba abatutsi muri Jenoside, birimo kugura imihoro atanga n’imidoka zajyaga kwica abantu. Amakuru avuga ko yaba yihishe muri Kenya aho akomeje gukora ubucuruzi ni ubwo icyo gihugu kibihakana. By’umwihariko urukiko mpanabyaha mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) rukaba rwaratangije kumva abatangabuhamya bashinja uwo mugabo, bukazabikwa kugeza igihe azatrebwa muri yombi. u mwanya wa kabiri hari Bizimana Augustin, aho bivugwa ko yaba ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, mu mwaka ushije bikaba byavugwaga ko yaba yaragiye mu bihugu nka Angola, Guinne, Kenya ndetse na Kongo Brazzaville. Bizimana akaba ashinjwa kuba yarateguye Jenoside yakorewe abatutsi no kwica abandi banyapolitiki batavugaga rumwe n’ubutegetsi, ndetse ngo no mu gihe cy’iminsi 100 Jenoside yamaze, Bizimana akaba yarateraga inkunga abicanyi, abaha anabigisha intwaro. Akaba yaragize uruhare mu gutegura amazina y’abantu bagombaga kwicwa, by’umwihariko akaba yarategetse abamurinda kwica abantu babiri bari bafatiwe mu muhanda wo hafi y’aho yari atuye. Undi uri ku mwanya wa gatatu ni Protais Mpiranya wari wungirije umuyobozi w’ibikorwa bya gisirikare n’ubutasi muri batayo yari ishinzwe kurinda umukuru w’igihugu (GP), mbere yo kugirwa umuyobozi wa batayo yari ishinzwe kurinda umukuru w’igihugu mu mwaka wa 1993. Kuva mu ntangiriro z’umwaka wa 1992, Mpiranya bivugwa ko yagenzuraga imyitozo y’Interahamwe yaberaga mu Ruhengeri, Cyangugu, Gisenyi, Butare n’ Umutara, by’umwihariko mu bigo bya gisirikare bya Gabiro, Gako, Mukamira na Bigogwe. Avugwaho gukwirakwiza intwaro mu mutwe w’abagizi ba nabi ndetse n’abaturage b’indobanure bari bafite umugambi wo gutsemba abatutsi. Uyu mugabo bivugwa yaba abarizwa mu gihugu cya Zimbabwe mu Mujyi wa Norton, uretse ko abayobozi bashinzwe iperere muri icyo gihugu nabo bakomeje guhakana ko ariho ari. Undi ni Pheneas Munyarugarama na we ari ku rutonde rw’abashakishwa, uyu akaba yari Liyetena Koloneli mu ngabo zatsinzwe (Ex-FAR) na we ashinjwa ibyaha birimo Jenoside, ibyaha byo mu ntambara n’ibyibasiye inyokomuntu. Aloys Ndimbati wahoze ari burugumesitiri wa Komine Gisovu mu cyahoze ari perefegitura ya Kibuye, ashinjwa kwica abatutsi bo mu Bisesero afatanyije n’interahamwe abajandarume,abapololisi ba Komine n’abasirikare. Abandi bari ku rutonde rumwe na none ni Ladislas Ntaganzwa wahoze ari Burugumesitiri wa Komine Nyakizu i Butare akaba yarahoze ari na perezida wa MRND ishyaka ryari ku butegetsi mu cyahoze ari Komine Nyakizu, Charles Ryandikayo wari umuyobozi wa resitora yo ku Mubuga mu cyahoze ari Komine Gishyita, wagize uruhare mu iyicwa ry’abatutsi bari bahungiye muri kiliziya yo mu Bisesero n’abandi nka Charles Sikubwabo, wari Burugumesitiri wa Komine Gishyita mu cyahoze ari perefegitura, na we ashinjwa kuba yaragize uruhare mu bwicanyi bwabereye muri kiliziya ya Bisesero. Ku mwanya wa nyuma mu bashakishwa hari Kayishema Fulgence wari umwe mu bayobozi ba polisi mu cyahoze ari Komine Kivumu mu cyari Perefegitura ya Kibuye. Aregwa kugira uruhare mu bwicanyi bw’abatutsi cyane cyane abari ahitwaga Nyamabuye aho yayoboye ibitero by’ishe abatutsi benshi kuko ariwe wasaga naho ategeka interahamwe n’abandi bicanyi kuko uwo yavugaga ko yicwa atararaga. Egide Kayiranga
5history
amateka
history
https://www.kigalitoday.com/amakuru/mu-mateka/article/yihakanye-uwo-yabyaye-animisha-na-nyina-ibyo-yagombaga-guhabwa-nk-abandi
Yihakanye uwo yabyaye animisha na nyina ibyo yagombaga guhabwa nk’abandi batishoboye
Icyatumye amwihakana ngo ni uko yanze kujya akomeza kuryamana nawe, nk’uko nyirubwite abivuga. Ati: ”Umugabo wanjye w’iserazerano aba Uganda, nkaba narabyaranye n’undi, uwo twabyaranye rero ni umuyobozi w’umudugudu wa kabuye. Nyuma aho tubyaraniye yashatse gukomeza kunsambanya ngo angire akarima ke ndanga”. Uyu mubyeyi avuga ko n’ubwo yarabyaranye nawe yunvaga atakomeza gukora amakosa yo guca umugabo inyuma, n’ubwo adahari. Akomeza avuga ko uwo mugabo yakomeje kumubangamira mu buyobozi, ubwo bazaga kubarurra abatishoboye bagombaga gufashwa na VUP. Abo bantu bagombaga guhabwa ibibanza, amabati kugira ngo babone aho kuba kuko ntaho bari bafite ho kuba. Ati: ”Ubwo urutonde rw’abazahabwa ibyo bikoresho rurangiye, njye nasanze ntaruriho, kandi ni we warukoraga. Abaturanyi banjye bose bemezaga ko nanjye ngomba gufashwa. Ikimbabaza ni uko andenganya kandi ari we wakagombye kundenganura”. Uyu mubyeyi yivugira ko uwo mwana basa cyane ndetse n’abana b’uwo mugabo bose ngo basa n’uwo we, avuga ko yagerageje kugeza icyo kibazo ku nzego zitandukanye ariko ntibamufashe, nyuma akaza kukigeza mu murenge aho kigomba gukirkiranwa n’umuyobozi wawo. Maniraguha avuga ko kubera ibyamubayeho akarenganywa n’uwakamurenganuye yemeza ko bafitanye igihango, agira abagore batabana n’abagabo babo inama yo kwitonda kugira ngo batazahura na bamwe mu bagabo bameze nkawe. Ati “Ubu ndera umwana jyenyine kandi twakagombye gufatanya inshingano z’ababyeyi”. Arangiza avuga ko Kubwe, yunva ari akarengane yahuye nako ,ati”Kwanga kunshyira ku rutonde nk’abandi bakene ngo ni uko nanze gusambana? ubwo se koko ibyo ni ibiki?” Twagerageje kuvugana na nyirubwite ngo twunve nawe icyo abivugaho, ntibyadukundira kubera ibibazo bya telefone. Hortense Munyantore
5history
amateka
history
https://www.kigalitoday.com/amakuru/mu-mateka/Barasaba-ko-ba-kavukire-boroherezwa-ntibakomeze-kwimurwa-mu-mijyi
Barasaba ko ba kavukire boroherezwa ntibakomeze kwimurwa mu mijyi
Iyi nama yateraniye mu cyumba cy’inama cya Bonni Concilli tariki 14/06/2012, yari igamije kungurana ibitekerezo ku myubakire ikwiye ituma amazu y’Abanyaturarwanda adasenyuka kubera ibiza. Nk’uko abari mu nama babigaragaje, ngo byakunze kugaragara ko uko imijyi igenda ikura hari abantu bagenda bimurwa bakimukira mu nkengero zayo, naho bahagera, nyuma y’ikindi gihe bakongera kwimurwa. Hifujwe ko hazashyirwaho uburyo bwo kubaka mu buryo burambye, ntusange uyu munsi abantu bimuwe, bwacya bikaba uko, kuko uretse kuba bihombya ba nyir’ukwimurwa, binabatesha igihe hakaba n’abatabasha kongera kwiyubakira aho baba handi mu mafaranga baba bahawe y’ingurane. Abari mu nama bati “gutegura ibishushanyo mbonera by’imijyi yose ni imwe mu nzira zo gukemura iki kibazo, hanyuma ntihongere kugira uwubaka hadakurikijwe iki gishushanyo.” Abandi bati “byaba byiza hatagize abongera kwimurwa baterekwa aho bajya gutura mu buryo bupanze neza, ku buryo hatazagira igihe ngo bongere bababwire ngo nibimuke”. Hanagaragajwe icyifuzo cy’uko mu gihe utumye abantu bimuka yaba agiye kubaka inzu izaturwamo ya etaji, habaho amasezerano y’uko nyir’ukwimurwa na we yahabwa aho kuba muri iyo nyubako nshyashya. Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere imiturire gifite umurimo ukomeye wo gutuma ibi byifuzo bishyirwa mu bikorwa. Ubufatanye n’ubuyobizi bw’ibanze na bwo ni ngombwa. Marie Claire Joyeuse
5history
amateka
history
https://www.kigalitoday.com/amakuru/mu-mateka/Abantu-9-bashakishwa-cyane-na-ICTR-na-USA-bashinjwa-kugira-uruhare-muri
Abantu 9 bashakishwa cyane na ICTR na USA bashinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi
Leta zunze Ubumwe z’Amerika kandi zanijeje uzatanga amakuru ko izina rye rizagirwa ibanga ndetse akazacungirwa umutekano w’aho azaba ari kuri iyi isi n’aho azaba ashaka kujya. Uza ku mwanya wa mbere muri abo barashakishwa, ni umunyemari Kabuga Felicien, uregwa kuba yaratanze inkunga y’ibikoresho ndetse akanatanga amafaranga menshi yo guhemba no kugura ibikoresho byakoreshejwe mu gutsemba abatutsi muri Jenoside, birimo kugura imihoro atanga n’imidoka zajyaga kwica abantu. Amakuru avuga ko yaba yihishe muri Kenya aho akomeje gukora ubucuruzi ni ubwo icyo gihugu kibihakana. By’umwihariko urukiko mpanabyaha mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) rukaba rwaratangije kumva abatangabuhamya bashinja uwo mugabo, bukazabikwa kugeza igihe azatrebwa muri yombi. u mwanya wa kabiri hari Bizimana Augustin, aho bivugwa ko yaba ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, mu mwaka ushije bikaba byavugwaga ko yaba yaragiye mu bihugu nka Angola, Guinne, Kenya ndetse na Kongo Brazzaville. Bizimana akaba ashinjwa kuba yarateguye Jenoside yakorewe abatutsi no kwica abandi banyapolitiki batavugaga rumwe n’ubutegetsi, ndetse ngo no mu gihe cy’iminsi 100 Jenoside yamaze, Bizimana akaba yarateraga inkunga abicanyi, abaha anabigisha intwaro. Akaba yaragize uruhare mu gutegura amazina y’abantu bagombaga kwicwa, by’umwihariko akaba yarategetse abamurinda kwica abantu babiri bari bafatiwe mu muhanda wo hafi y’aho yari atuye. Undi uri ku mwanya wa gatatu ni Protais Mpiranya wari wungirije umuyobozi w’ibikorwa bya gisirikare n’ubutasi muri batayo yari ishinzwe kurinda umukuru w’igihugu (GP), mbere yo kugirwa umuyobozi wa batayo yari ishinzwe kurinda umukuru w’igihugu mu mwaka wa 1993. Kuva mu ntangiriro z’umwaka wa 1992, Mpiranya bivugwa ko yagenzuraga imyitozo y’Interahamwe yaberaga mu Ruhengeri, Cyangugu, Gisenyi, Butare n’ Umutara, by’umwihariko mu bigo bya gisirikare bya Gabiro, Gako, Mukamira na Bigogwe. Avugwaho gukwirakwiza intwaro mu mutwe w’abagizi ba nabi ndetse n’abaturage b’indobanure bari bafite umugambi wo gutsemba abatutsi. Uyu mugabo bivugwa yaba abarizwa mu gihugu cya Zimbabwe mu Mujyi wa Norton, uretse ko abayobozi bashinzwe iperere muri icyo gihugu nabo bakomeje guhakana ko ariho ari. Undi ni Pheneas Munyarugarama na we ari ku rutonde rw’abashakishwa, uyu akaba yari Liyetena Koloneli mu ngabo zatsinzwe (Ex-FAR) na we ashinjwa ibyaha birimo Jenoside, ibyaha byo mu ntambara n’ibyibasiye inyokomuntu. Aloys Ndimbati wahoze ari burugumesitiri wa Komine Gisovu mu cyahoze ari perefegitura ya Kibuye, ashinjwa kwica abatutsi bo mu Bisesero afatanyije n’interahamwe abajandarume,abapololisi ba Komine n’abasirikare. Abandi bari ku rutonde rumwe na none ni Ladislas Ntaganzwa wahoze ari Burugumesitiri wa Komine Nyakizu i Butare akaba yarahoze ari na perezida wa MRND ishyaka ryari ku butegetsi mu cyahoze ari Komine Nyakizu, Charles Ryandikayo wari umuyobozi wa resitora yo ku Mubuga mu cyahoze ari Komine Gishyita, wagize uruhare mu iyicwa ry’abatutsi bari bahungiye muri kiliziya yo mu Bisesero n’abandi nka Charles Sikubwabo, wari Burugumesitiri wa Komine Gishyita mu cyahoze ari perefegitura, na we ashinjwa kuba yaragize uruhare mu bwicanyi bwabereye muri kiliziya ya Bisesero. Ku mwanya wa nyuma mu bashakishwa hari Kayishema Fulgence wari umwe mu bayobozi ba polisi mu cyahoze ari Komine Kivumu mu cyari Perefegitura ya Kibuye. Aregwa kugira uruhare mu bwicanyi bw’abatutsi cyane cyane abari ahitwaga Nyamabuye aho yayoboye ibitero by’ishe abatutsi benshi kuko ariwe wasaga naho ategeka interahamwe n’abandi bicanyi kuko uwo yavugaga ko yicwa atararaga. Egide Kayiranga
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/hadutse-indwara-y-imyumbati-ishobora-kuba-icyorezo-fao
Hadutse indwara y’imyumbati ishobora kuba icyorezo – FAO
Ishami y’umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa ndetse n’ubuhinzi(FAO) rivuga ko indwara yitwa Cassava Brown Streak Disease (CBSD) ishobora kuba icyorezo. Ibyo babivuga bahereye ku kuba mu mwaka wa 2006 iyo ndwara yaragaragaye mu gihugu cya Uganda. Mu mezi make ashize kandi iyo ndwara yagaragaye mu Burundi no muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. FAO ivuga ko bigoye komenya aho iyo ndwara igeze kuko ititaweho bikomeye. Umwe mu bahagarariye FAO witwa Robson atangaza ko ikibazo gikomeye ari uko umuhinzi ashobora kugira ngo afite imyumbati myiza nyamara irwaye bitewe n’uko ibimenyetso by’iyi ndwara bigaragarira ku mizi gusa. FAO itangaza ko icyo kibazo giteye inkeke. Ngo ni ngombwa ko hafatwa ingamba zikomeye zo kuyirwanya kuko nta bwoko na bumwe bw’imyumbati buhabwa abahinzi bo muri Afrika bushobora guhangana n’iyo ndwara. FAO ivuga ko hari ingamba zishobora gufatwa maze iyo ndwara ntikomeze gukwira ahantu henshi. Muri izo ngamba harimo gucungira hafi ikwirakwizwa ry’imyumbati igomba guterwa ndetse no gukangurira abahinzi kurandura inyumbati babonye ko yafashwe n’iyi ndwara. Abahanga bo muri FAO bavuga ko bari gusiganwa n’igihe kugira ngo barwanye iyo virusi. Bakaba bahamagarira amahanga kubatera inkunga. Bakaba bifuza guha amahugurwa abahinzi ndetse no guhagarika ihanahana ry’icyo gihingwa kirwaye hagati y’uturere. Kuri ubu amoko umunani y’igihingwa cy’imyumbati ari kugeragezwa n’ikigo mpuzamahanga cyita ku buhinzi (International Institute of Tropical Agriculture). Ayo moko akaba ashobora guhangana n’iyo ndwara kuburyo mu myaka ibiri iri imbere ngo izatangwa ku bahinzi benshi. Imyumbati ni kimwe mu bihingwa bifitiye akamaro isi muri rusange. Kuburyo muri Afurika ho ifatiye runini abantu benshi kuko ntabwo ikangwa n’ubutaka butera cyangwa se imvura nke. BBC itangaza ko imyumbati ikunze kwibasirwa n’indwara zitandukanye zituma idatanga umusaruro ukwiye. Hari n’aho indwara ziyibasira ku buryo bitera inzara ikomeye. Uretse rero izo ndwara FAO ivuga ko hadutse indi virusi nayo yibasiye igihingwa cy’imyumbati mu karere k’Afrika y’iburasirazuba. Norbert NIYIZURUGERO
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/NAEB-na-SOPYRWA-bafashe-ingamba-zo-guteza-imbere-Ibireti
NAEB na SOPYRWA bafashe ingamba zo guteza imbere Ibireti
Umuyobozi wa NAEB, Ntakirutimana Corneille, avuga ko ibireti birimo gucika kubera imbuto itari nziza yakoreshwaga n’abahinzi. Avuga ko bagiye gushakira abaturage imbuto nziza y’ibireti izajya itanga umusaruro kurusha iyari isanzwe kandi idasaza vuba. Uretse gushaka imbuto year cyane, NAEB na SOPYRWA bafite gahunda yo guteza imbere iki gihingwa ku buso gihingwaho. Ikindi biyemeje ni ugushishikariza abaturage basanzwe bahinga iki gihingwa kurushaho gushyira ingufu mu buhinzi bwacyo. Nk’uko Ntakirutimana akomeza abisobanura, imbuto yakoreshwaga ni ibitsinsi by’ibireti kandi ntibitanga umusaruro ushimishije. Ibi bituma umusaruro ugenda urushaho kugabanuka kubera ko abahinzi bacika integer zo gukomeza guhinga ibitera. Ubuhinzi bw’ibireti buzajya bukorwa mu buryo bushya. Mu gihe mu bihe abahinzi bateraga ibitsinsi by’ibireti, ubu noneho uburyo bushya ni uguhumbika umurama hanyuma abahinzi bagatera ingemwe z’ibireti zivuye muri buhumbikiro. Ibireti bihinzwe muri ubu buryo bitanga umusaruro ukubye inshuro eshatu uw’ibiterwa ari ibitsinzi bitanga kandi bikaba bitanasaza vuba. NAEB yateguye gahunda yo gushakira abahinzi umurama w’ibireti ugera kuri toni 3 by’imbuto nziza. Si NAEB gusa yateguye uyu murama kuko na sosiyete nyarwanda itunganya umusaruro w’ibireti SOPYRWA yateguye umurama ungana n’ibiro 2000 ugomba guhumbikwa ugaterwa n’abahinzi mu rwego rwo kuzamura iki gihingwa. Kugeza ubu ubuso bw’ubutaka bugomba guterwaho ibireti bugera kuri hegitali 3000 mu Rwanda. Mu ntangiro z’ukwezi kwa 10 habaye umunsi w’abahinzi b’ibireti mu Rwanda. kuva muri uko kwezi, abaturage batangiye gufashwa guhumbika ingemwe nshya mu gihe bitegura guhinga. Ibireti ni kimwe mu bihingwa ngengabukungu bihingwa mu Rwanda. Gikunze kuboneka mu turere tw’imisozi miremire yo mu burengerazuba bw’u Rwanda ndetse no mu duce tw’imisozi y’amajyaruguru y’uburengerazuba. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/huye-abaturage-ntibarumva-akamaro-ko-guhuza-ubutaka
Huye: abaturage ntibarumva akamaro ko guhuza ubutaka
Iyo ugeze mu murenge wa Huye, ubona imirima itari mike ihinzemo ibihingwa bivanze. Hari aho usanga ibishyimbo, ibigori ndetse n’urutoki bihinze mu murima umwe. Kimwe n’abandi batuye muri uwo murenge umukecuru witwa Jeanne Kankindi yahinze igihingwa cy’imyumbati gusa muri iki gihembwe cy’ihinga. Avuga ko ubuyobozi bwababwiye ko iki gikorwa kizabafasha mu kongera umusaruro wabo ukomoka ku buhinzi ariko magingo ngo ntarumva aho umusaruro utubutse uzava bahinga igihingwa kimwe. Ubwo yaganiraga n’umunyamakuru wa kigali today Kankindi yagize ati : “Mbere nihingiraga ibijumba mu masaka ngashyiramo n’amateke ubwo habaga harimo n’urutoki. Nashoboraga gusarura imyaka y’ubwoko butandukanye mu gihe kimwe kandi mu murima umwe, sinzi rero niba imyumbati gusa izabasha kuntungira umuryango“. Nubwo Kankindi avuga ko yasaruraga imyaka itandukanye yemera ko umusaruro wabaga ari muke ntabashe kwihaza no gusagurira isoko. Akeka ko kutabona umusaruro uhagije biterwa no kudafumbira umurima we kkuko nta tungo afite. Umuyobozi ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu murenge wa Huye, Séraphine Kayitesi, avuga ko impamvu abaturage batabasha kubona umusaruro utubutse bituruka ahanini no kutumva akamaro ko guhinga igihingwa kimwe. Avuga ko umuturage bamwereka inzira nziza zo kugirango umusaruro we wiyongere ariko kubyumva bikagorana. Kayitesi yizeye ko bazabona amasoko y’imyaka abaturage bazeza. Avuga ko umuturage wahinze igihingwa kimwe abasha kugurisha ibyo yejeje akaba yabasha guhaha ibindi akeneye. Ati : “Nk’ubu umuturage wahinze ibigori akeza imifuka itanu ashobora kugurishamo itatu, akabasha kugura ibyo urugo rukeneye, akaba yanakwizigamira. Ashobora no kugurana na mugenzi we wahinze ibishyimbo cyangwa ikindi”. Abaturage bo mu murenge wa Huye bashishikarizwa guhinga igihingwa kimwe kugirango bungere umusaruro. Muri iki gihembwe cy’ihinga abaturage bahawe imbuto z’igihingwa cyatoranijwe bakanabahagarikira kugirango batazitera nabi cyangwa ngo bazivange n’indi myaka. Gerard GITOLI Mbabazi
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/inzoga-ikoze-mu-myumbati-yashyizwe-ku-isoko
Inzoga ikoze mu myumbati yashyizwe ku isoko
Inkuru dukesha BBC ivuga ko ubusanzwe hari abantu bari basanzwe bakora ibinyobwa bitandukanye bikoze mu myumati cyangwa mu bindi binyabijumba ariko ikibazo kikaba aruko ibyo binyobwa bishobora kugira ingaruka zirimo n’urupfu. Abahagarariye SABMiller batangaza ko inzoga bakoze nta kibazo izatera ku buzima bwa muntu. Iyo nzoga yakorewe mu gihugu cya Mozambique. Uru ruganda ruvuga ko buri mwaka bizajya bisaba toni ibihumbi mirongo ine z’imyumbati zo gukora iyo nzoga. Ibi byatumye bamwe mu bahinzi bavuga ko bizatuma inzara yiyongera muri Afurika kuko imyumbati ari kimwe mu bihingwa bifitiye akamaro kanini abanyafurika mu bijyanye n’imirire. Uruganda rwa SABMiller rukomoka mu Bwongereza; rwakoze umushinga wo guha akazi abahinzi barenga 1500 bahinga imirima myinshi y’imyumbati. Norbert NIYIZURUGERO
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/inzara-iragenda-igabanuka-mu-rwanda
Inzara iragenda igabanuka mu Rwanda
U Rwanda ruri mu bihugu 26 (Demokarasi ya Kongo, Burundi, Afrika y’epfo, Zambia, India, Sierra Leone, Ethiopia, Rwanda, Liberia, Tanzania, Guatemala, Nepal, Pakistan, Mozambique, Cambodia, Resotho, Vietnam, Kenya, Malawi, China, Brazil, Nigeria, Uganda, Gambia, Senegal na Ghana) byibasiwe n’ihindagurika ry’ikirere ariko ruza ku mwanya wa kane mu bihugu byafashe ingamba zihamye zo guhangana n’icyo bibazo no kugikemura. Nkuko Umuyobozi wa Action Aid mu Rwanda, Josephine Uwamariya, abitangaza mu rwego rwo gufasha abanyarwanda kurwanya inzara,umuryango Action Aid International wahisemo gufasha abagore bakora umwuga w’ubuhinzi mu Rwanda. Ubu ubushakashatsi bugaragaza ko abagore bagize 77% by’abantu bitabira ibikorwa by’ubuhinzi mu Rwanda. Ibi nibyo byatumye imbaraga nyinshi zishyirwa ku bagore mu rwego rwo kubafasha kuzamura umusaruro w’ubuhinzi kuko byagaragaye ko ari bo babwitabira kurusha abagabo mu Rwanda. Uwamariya yatangaje ko imbaraga z’abagore zitewe inkunga zagira icyo zitanga bityo umusaruro w’ubuhinzi ukiyongera; akaba ari imwe mu mpamvu zatuma inzara icika burundu mu Rwanda ndetse n’abaturage bakihaza mu biribwa. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/bugesera-nyuma-y-inzara-yaharanzwe-ubu-karahahira-utundi-turere
Bugesera: Nyuma y’inzara yaharanzwe ubu karahahira utundi turere
Mu myaka yashize cyane cyane umwaka w’2000, Akarere ka Bugesera kagaragayemo ikibazo cy’amapfa akabije, hari abantu bicwaga n’inzara abandi bagasuhuka. Muri iki gihe uhatembereye ushobora kugira ngo ni amateka cyangwa se ni amakabyankuru y’abantu, abenshi mu baturage hari bahatuye nibo bivugira ko nta kibazo cy’inzara kihaherutse. Niyonzima Joseph w’imyaka 45 utuye mu Murenge wa Nyamata, Akagari ka Maranyundo, amaze imyaka 16 muri aka Karere avuga ko inzara yatangiye kugaragara muri Bugesera mu mpera y’1999 ariko ikaza gukaza umurego mu mwaka w’2000. Avuga ko muri icyo gihe ibintu byose byari byarabuze kuva ku biryo mvaruganda kugeza ku bijumba bihingiraga. Agira ati “Umva ibijumba ari ibijumba, icyo gihe inaha byaribwaga n’umuntu ufite imodoka, ndakubwiza ukuri ko nta mukene wapfaga kubyigondera”. Niyonzima yongeraho ko impamvu yateraga ibyo byose ari uko izuba ryari ryaracanye ku buryo batirirwaga bahinga n’uwahinganga ntiyeze. Avuga ko icyo igihe ahantu hapfaga kwera ibijumba hari mu bishanga kandi byajyaga kubageraho byahenze. Yongeraho ko mu mwaka w’2000 abantu bishwe n’inzara ku buryo bukabije mu duce twa Gashora, Ngenda, Gahembe na Maranyundo aho abandi barasuhuka. Ati “icyo gihe abagabo benshi barahungaga kubera kubura icyo bagaburira imiryango yabo, naho abagore bakishyira mu migozi kubera kubura icyo bagaburira abana babo”. Mukanzaramba Feresita ni umugore w’imyaka 62 y’amavuko atuye mu Murenge wa Mayange, avuga ko ikintu cyaje kubarokora ari uko mu Bugesera haje imishinga imwe n’imwe igatangira kubaha imfashanyo z’ibiribwa. Agira ati : “Muri icyo gihe tutarabona imfashanyo uwo amahirwe yasekeraga yabonaga rukacarara. Icyo gihe twayitaga shira umuteto kuko mbere wasangaga hari abantu batarya umutsima w’amasaka”. Gusa abatuye muri aka gace bavuga ko ibintu bisa n’ibyasubiye mu buryo kuko ubu imyaka irera abantu bakabona ibiryo. Bavuga ko iyo ufite inoti y’igihumbi urya amanywa n’ijoro. Nyirabitanga Jolie nawe utuye mu Bugesera avuga ko ubu nta nzara ikiharangwa, ko ubu aka karere gahagaze neza, ku isoko ibintu biraboneka. Ibiboneka kurusha ibindi harimo imboga, ibishyimbo, imyumbati, inanasi, ibigori n’ibindi. Ugeze mu isoko rya Nyamata mu gice gicururizwamo imboga, abacuruzi bazo nabo bemeza ko imboga ziboneka ku bwinshi. Mukarwema Annonciata, umucuruzi muri iri soko rya Nyamata umaze imyaka igera kuri 7 acuruza, avuga ko ibicuruzwa byabonetse nyuma y’aho mbere gucuruza byasaga n’ibigoranye kubera ko baburaga aho barangurira. Agira ati : “Ibintu biriho. Ikibigaragaza ni uko inyanya, intoryi n’izindi kandi urabona ko na hano mu isoko abacuruza imboga babaye benshi kandi n’abo mu tundi Turere basigaye baza kurangura hano”. Aganira na kigalitoday.com Rwagaju Louis uyobora Akarere ka Bugesera avuga ko icyatumye inzara igabanuka muri aka karere ngo ni uko leta yafashe ingamba zo gutera ibiti n’amashyamba hirya no hino muri kariya gace. Avuga ko iterwa ry’ibiti ryatumye imvura itangira kugwa n’imyaka ikaboneraho gutangira kwera. Ati “Ubu hari ibicuruzwa abacuruzi b’ i Kigali baza kurangura inaha ndetse n‘ubu dufitanye ubuhahirane n’Intara ya Kirundo yo mu gihugu cy’u Burundi”. Yongeraho ko ibi byose babigezeho bakangurira abaturage gukora cyane guhinga, kuzigama no gukora imirimo itegamiye ku buhinzi gusa. Muri ako Karere hari igihe cyageze bitoroshye kubona n’igiti kubera izuba ryari ryarahibasiye, Umuntu yashoboraga no gusanga amatungo yapfiriye ku nzira kubera kubura ubwatsi n’amazi kuko hendaga kuba ubutayu. Egide Kayiranga
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/ikawa-n-icyayi-ibihingwa-bifitiye-runini-u-rwanda
Ikawa n’icyayi: ibihingwa bifitiye runini u Rwanda
Nk’uko Ntakirutimana Corneille, umuyobozi mukuru wungurije ushinzwe kuzamura umusaruro w’ibyoherezwa mu mahanga mu Rwanda mu kigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku byoherezwa mu mahanga( NAEB) abitangaza, ibi bihingwa nibyo byinjiza amadevize menshi ugereranije n’ibindi byoherezwa mu mahanga bivuye mu Rwanda. Ibi bihingwa kandi bigirira akamaro kanini umuhinzi wabyo kuko bimuzanira amafaranga. Kugeza ubu umuhinzi w’icyayi ahabwa amafaranga ijana ku kiro cy’amababi y’icyayi ari ku kigero cy’ubwiza kiri hagati ya 65% na 69%. Naho ku cyayi kiri ku bwiza bwa 70% kugeza ku 100% umuhinzi ahabwa amafaranga 105 ku kiro ariko hari n’inganda zimwe zishobora kuyarenza. Muri uyu mwaka igiciro cy’ikawa cyavuye ku mafaranga 200 ku kiro cy’ibitumbwe kigera ku mafaranga 350. Ibi bikaba biterwa n’uko igiciro cy’ikawa cyagiye kizamuka ku masoko mpuzamahanga. Amafaranga avuye muri ibi bihingwa afasha abahinzi kongera umusaruro ndetse no kwikenura kuko iyo umuhinzi aguriwe ku giciro cyiza nawe agira umwete wo kongera umusaruro kugira ngo yeze byinshi. Bimwe mu bihugu kawa ikunze kugurishwamo harimo leta zunze ubumwe z’Amarika,Ubuyapani ndetse na bimwe mu bihugu by’Iburayi. icyayi gikunze kubona amasoko mu bihugu by’Abayisiramu, iby’Abarabu ndetse na bimwe mu bihugu by’Iburayi. Nk’uko Corneille aritangaza, Abanyarwanda ntibitabira cyane kunywa icyayi n’ikawa. Avuga ko Abanyanyarwanda bakwiriye kuba isoko ry’ibyo beza ntibatege amasoko ku banyamahanga gusa. Umwaka ushize umusaruro w’icyayi woherejwe hanze urenga toni 21.000 zinjije akayabo kagera kuri miliyoni 56 z’amadorari y’Amerika. Umusaruro wa Kawa woherejwe hanze ugera kuri toni 17.000 zinjije miliyoni 55 z’amadorari y’Amerika. Corneille avuga ko ibi bihingwa bifasha cyane igihugu kuko bituma ubukungu bw’igihugu kuzamuka ndetse bigatuma u Rwanda rugira ijambo ku rwego mpuzamahanga. Aya madevize kandi afasha u Rwanda kugura ibicuruzwa rukura hanze rudahenzwe. Avuga ko u Rwanda rweza umusaruro muke ugereranyije n’ibihugu duturanye ariko ko icyari n’ikawa by’u Rwanda bifite uburyohe kurusha ibyo muri ibyo bihugu. Nk’uko Ntakirutimana Corneille yabidutangarije, ikawa zihingwa hafi mu gihugu hose ariko zibanze cyane mu Ntara y’Amajyepfo ndetse n’iy’Iburengerazuba kuko ariho hari ubuso bunini bw’iki gihingwa. Icyayi cyo kibanze ahanini mu Ntara y’Uburengerazuba mu misozi miremire y’isunzu rya Congo Nil ndetse n’iy’Amajyepfo y’u Rwanda cyane mu turere twa Nyaruguru na Nyamagabe. Mu ntara y’Iburengerazuba hari inganda esheshatu hakaba hanateganywa kubakwa izindi nganda eshatu mu rwego rwo kuzamura ubwiza bw’umusaruro w’icyayi. Mu Ntara y’Amajyaruguru hari inganda z’icyayi nka Mulindi muri Gicumbi na Sorwathe mu karere ka Rulindo. Mu rwego rwo kongera umusaruro uturuka kuri ibyo bihingwa ndetse n’ibindi byoherezwa mu mahanga (imboga, imbuto n’ibireti), harateganywa kongerwa ubuso bihingwaho mu gihugu hose. Urugero: mu ntara y’Amajyepfo n’iy’Iburengerazuba hegitali 2545 ziziyongera kuri hegitali 19000 zisanzwe ku cyayi; hari ubutaka bwo muri Gishwati bugera kuri hegitali 12000 bugahingwaho icyayi. Ikawa yo hakazongerwaho hegitali 7100 ku zahingwaga. Iyi gahunda ikazakorwa muri uyu mwaka wa 2011-2012. Abaturage bakaba basabwa kuzitabira guhinga ibi bihingwa mu rwego rwo kurushaho kwizamura no kuzamura umusaruro w’ibyoherezwa mu mahanga muri rusange. Imboga, imbuto ndetse n’ibireti nabyo bizongererwa ubuso ndetse cyane mu Ntara y’amajyaruguru ndetse no mu Ntara y’uburengerazuba bw’amajyaruguru. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/Igihembwe-cy-ihinga-cya-2012-A-kizagira-imvura-ihagije-muri-rusange-Twahirwa
Igihembwe cy’ihinga cya 2012 (A) kizagira imvura ihagije muri rusange: Twahirwa Antoine
Iyi mvura izagwa mu buryo buhagije mu gihe cy’amezi 3 nk’uko isesengura ry’ibipimo byakozwe na Service y’ubumenyi bw’ikirere ryabyerekanye. Gusa ngo mu turere tumwe na tumwe imvura izagwa ariko igende igabanuka uko ibihe bizagenda bishira. Tumwe mu turere tuzabonekamo imvura nyinshi kurusha utundi cyane mu turere tw’imisozi miremire cyane mu majyaruguru n’igice kimwe cy’intara y’Iburengerazuba. Ibi bikaba byaratangajwe n’umuyobozi wa Service y’iteganyagihe muri Service y’ubumenyi bw’ikirere Twahirwa Antoine. Muri turere tuzabonekamo imvura nyinshi harimo Gicumbi, Burera, Musanze, Ngororero, Nyabihu, Nyaruguru, Nyanza, Muhanga, Kamonyi, Nyamagabe, Huye, Ruhango, Rubavu, Gakenke na Rulindo. Icyakora mu Ntara y’iburasirazuba ,kubera uko hateye,kuba hatagira imisozi ifata imiyaga ifite ubuhehere bw’umwuka bityo bigatuma ihuhwa n’umuyaga ikigira ahandi, ngo ni nayo mpamvu hadakunze kuboneka imvura nyinshi nk’ahandi mu Rwanda. Gusa ngo imvura ubu izagwayo ihagije, ariko izagenda igabanuka uko izagenda igwa, ibi bikaba bidakwiye gutera impungenge abazakora imirimo itandukanye . Tumwe mu turere tuzagwamo imvura ihagije ariko ikazagenda igabanuka uko izagenda igwa,harimo Rusizi, Nyamasheke, Karongi, Rutsiro, Rubavu, Nyagatare, Ngoma, Kirehe, Rwamagana, Gatsibo, Kayonza, Bugesera, Gasabo, Kicukiro, Nyarugenge ndetse na Gisagara. Twinshi muri utu turere tukaba ari utw’intara y’iburasirazuba kubera imiterere yayo. Gusa ngo iteganyagihe risesengura ibipimo by’imvura bafite hanyuma bakabigeza kuri Minisiteri ifite ubuhinzi n’ubworozi mu nshingano zayo, ari nayo igira abahinzi inama y’ibyo bahinga bitewe n’ibihe by’imvura biriho. Kugeza ubu mu Ntara zitandukanye ubuhinzi bukaba bwaritabiriwe ku buryo bushimishije, ndetse iki gihembwe cy’ihinga cya 2012 (A) kikaba kirimo kugenda neza nk’uko Musabyimana Innocent, umuyobozi mukuru ushinzwe iby’ubuhinzi mu kigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi (RAB) abitangaza. Yongeraho ko ugereranije n’uko intara zagiye zitabira ubuhinzi mu ntara y’iburengerazuba bageze hafi kuri 80% batera , mu Majyaruguru bageze kuri 90% y’ubutaka bugomba guhingwa no guterwa ,mu Burasirazuba ho bageze kuri 60% naho mu majyepfo bakaba bageze kuri 50%. Impamvu mu majyepfo bari bakiri hasi Musabyimana avuga ko imvura yaguye itinze ku buryo ubutaka bwari butarasoma. Ikindi usanga abafite ubutaka bunini bagenda baba hirya no hino mu migi kuburyo baba batabwegereye ngo bahite babuhinga. Iyi mibare y’aho abaturage bageze bahinga ikaba ishobora guhinduka nk’uko Musabyimana abivuga kuko bashyize ingufu nyinshi mu kubakangurira guhinga hakiri kare imvura ikiriho. Uturere twa Nyanza,Kamonyi na Muhanga mu Ntara y’Amajyepfo tukaba ari two twari turi inyuma ugereranije n’utundi mu kwitabira gahunda y’ubuhinzi. Abahinzi b’Intara y’Iburasirazuba bakaba bakangurirwa n’ikigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi guhinga vuba kuko agace k’uburasirazuba imvura ikunze gucika mbere muri ako gace nk’uko Musabyimana yabitangaje. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/Ibura-ry-amasoko-y-ibihingwa-nka-Macadamia-Moringa-na-Jatrofa-biteje-igihombo
Ibura ry’amasoko y’ibihingwa nka Macadamia,Moringa na Jatrofa biteje igihombo abahinzi.
Mutibagirana okomeza avuga ko batangiye kubihinga babishishikarijwe na Leta ndetse bizezwa ko bazabona n’amasoko. Mu mwaka wa 2006 batangiye kubona umusaruro wabyo ariko kugeza ubu nta masoko barabona ku buryo bamwe bakiwubitse abandi bacitse intege kuko bari barashoyemo amafaranga bakaba babifata nk’igihombo. Bamwe muri abo bahinzi batangiye gutema ibiti by’ubu bwoko bw’ibihingwa kuko nubwo bitanga umusaruro nta masoko bifite. Mutibagirana Evariste,avuga ko urugemwe rumwe gusa rwa Macadamia baruguraga amafaranga agera ku gihumbi. Mutibagirana:umwe mu bahombejwe n’ibi bihingwa umuhinzi mworozi w’intangarugero mu Rwanda no mu Karere ka Rwamagana, akaba atuye mu murenge wa Karenge. Azwiho kuba ari umuhinzi wa mbere mu Rwanda ku buhinzi bw’ibitoki biribwa bizwi ku izina ry’injagi ndetse n’ubuhinzi bw’imyumbati. Ubu ageze ku gitoki kimwe gipima ibiro 156 n’umwumbati umwe upima ibiro 150. Yegukanye igikombe cy’umuhinzi witwaye neza mu Rwanda mu buhinzi bw’imyumbati n’urutoki mu mwaka wa 2009 agihawe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame. Nubwo ariko Mutibagirana afite ubuhinzi buteye imbere atyo,avuga ko nawe yahinze Moringa ndetse na Macadamia mu bahinzi ba mbere babihinze.Ubu buhinzi avuga ko babukoze babushishikarijwe na Leta babwirwa ko bazabona amasoko. Bikaba byaratumye nawe arushaho gushishikariza abandi baturanye guhinga Macadamia na Moringa ku buryo we ubwe yahise anitabira gutubura imbuto za Macadamia kugirango zigere ku baturage baturanye ari nyinshi kuko zabonekaga gusa ahitwa muri Rugende kwa Paki. Mu mwaka wa 2006, nibwo ibihingwa nka Moringa na Macadamia byatangiye gutanga umusaruro. Icyakora ngo nta masoko bigeze babona yabyo. Ibyo byatumye bacika intege kuburyo hari n’abahise babitema kuko benshi babihingaga ahari indi myaka nk’urutoki bakayirandura nk’uko Ufitinema Ferdinand umwe mu bahinzi ba Macadamia unatubura imbuto mu gishanga cya Rugende yabitangaje. Mutibagirana Evariste,kugeza ubu avuga ko abitse ibiro 300 bya Moringa yaburiye isoko kuva mumyaka itanu ishize, hakaba hari nabagenzi be azi bafite ibiro birenga 1000. Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cyita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga (NAEB) arahumuriza abahinzi b’ibi bihingwa Kuri iki kibazo cy’amasoko y’ibihingwa nka Macadamia,Jatrofa na Moringa, umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cyita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga NAEB, Kanyankore Alexis avuga ko gushakisha amasoko y’ibi bihingwa bikiri mu nyigo. Yongeraho ko harimo gushakwa Rwiyemezamirimo washyiraho uruganda rwajya rutunganya umusaruro wa Macadamia,bityo nyuma yaho hakaba hakusanywa umusaruro wazo ugatunganywa. Ibyo bizatuma umusaruro wazo utunganije uhabwa agaciro kurusha uko waba umeze udatunganije. Kanyankore,yanavuze ko mu gihe cy’umwaka 1 bateganya ko Rwiyemezamirimo washyiraho uruganda rutunganya umusaruro wa Macadamia yaba yabonetse. Umuyobozi wa NAEB Kanyankore Alexis, yongeraho ko igihe umusaruro wa Macadamia uzaba watunganijwe uzabona amasoko,hirya no hino haba mu mahoteri, mu ma resitora no mu ma supermarché.Gusa ngo abafite umusaruro w’ibyo bihingwa bakaba bakwegera ikigo cy’igihugu kita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga (NAEB) kikaba cyabibafashamo igihe bazaba berekana umusaruro bafite. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/gira-inka-munyarwanda-umwe-mu-mihigo-cy-icyerekezo-2020
GIRA INKA MUNYARWANDA: UMWE MU MIHIGO CY’ICYEREKEZO 2020
Zimwe mu ntego z’iyi gahunda zijyanye n’icyerekezo 2020 urwanda rwihaye, harimo gufasha imiryango itishoboye kubasha kugira icyororo muri gahunda yo kurwanya ubukene n’indwara zituruka kumirire mibi; kwongera umusaruro uturuka kumatungo nk’amata n’ibiyakomokaho, nk’inyama…; gufasha abanyarwanda kubona ifumbire ndetse no kwagura umubano mu muco mwiza wo kugabirana inka mubanyarwanda… Gahunda ya gira inka munyarwanda igizwe n’ibyiciro bibiri ari byo:gira inka ngabirano na gira inka nguzanyo. Muri gahunda ya gira inka ngabirano imiryago icyennye izajya ihabwa inka kubuntu hanyuma uko izagenda yororoka nayo izagende yoroza abaturanyi bityo bityo… naho muri gahunda ya gira inka nguzanyo hazafashwa umuryango wujuje ibisabwa kuzahabwa inguzanyo kugirango ubashe kugura inka yo kworora. muri ibyo bisabwa harimo kuba harateguye ibiraro bijyanye n’ubworozi bwa kijyambere ,kubauyihabwa afite imirima y’ubwatsi buzatunga iyo inka … Kugeza ubu aho iyi gahunda yageze batangiye kuragizanya, kworoza abandi no kuziturirana ,abana baranywa amata… aha twavuga nko mukarere ka kamonyi mu ntara y’amajyepfo no muri rwamagana mu ntara y’uburasira zuba aho kuwa 2 ukwakira imiryango igera kuri 40 yahawe inka igabiwe n’abandi banyarwanda. Ubusanzwe hateganijwe kworozwa imiryango igera kuri 257 000 ikennye kurusha indi mu gihugu hose kugeza ubu hakaba hamaze kworozwa imiryango 92 000. Marie Josée IKIBASUMBA
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/hadutse-indwara-y-imyumbati-ishobora-kuba-icyorezo-fao
Hadutse indwara y’imyumbati ishobora kuba icyorezo – FAO
Ishami y’umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa ndetse n’ubuhinzi(FAO) rivuga ko indwara yitwa Cassava Brown Streak Disease (CBSD) ishobora kuba icyorezo. Ibyo babivuga bahereye ku kuba mu mwaka wa 2006 iyo ndwara yaragaragaye mu gihugu cya Uganda. Mu mezi make ashize kandi iyo ndwara yagaragaye mu Burundi no muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. FAO ivuga ko bigoye komenya aho iyo ndwara igeze kuko ititaweho bikomeye. Umwe mu bahagarariye FAO witwa Robson atangaza ko ikibazo gikomeye ari uko umuhinzi ashobora kugira ngo afite imyumbati myiza nyamara irwaye bitewe n’uko ibimenyetso by’iyi ndwara bigaragarira ku mizi gusa. FAO itangaza ko icyo kibazo giteye inkeke. Ngo ni ngombwa ko hafatwa ingamba zikomeye zo kuyirwanya kuko nta bwoko na bumwe bw’imyumbati buhabwa abahinzi bo muri Afrika bushobora guhangana n’iyo ndwara. FAO ivuga ko hari ingamba zishobora gufatwa maze iyo ndwara ntikomeze gukwira ahantu henshi. Muri izo ngamba harimo gucungira hafi ikwirakwizwa ry’imyumbati igomba guterwa ndetse no gukangurira abahinzi kurandura inyumbati babonye ko yafashwe n’iyi ndwara. Abahanga bo muri FAO bavuga ko bari gusiganwa n’igihe kugira ngo barwanye iyo virusi. Bakaba bahamagarira amahanga kubatera inkunga. Bakaba bifuza guha amahugurwa abahinzi ndetse no guhagarika ihanahana ry’icyo gihingwa kirwaye hagati y’uturere. Kuri ubu amoko umunani y’igihingwa cy’imyumbati ari kugeragezwa n’ikigo mpuzamahanga cyita ku buhinzi (International Institute of Tropical Agriculture). Ayo moko akaba ashobora guhangana n’iyo ndwara kuburyo mu myaka ibiri iri imbere ngo izatangwa ku bahinzi benshi. Imyumbati ni kimwe mu bihingwa bifitiye akamaro isi muri rusange. Kuburyo muri Afurika ho ifatiye runini abantu benshi kuko ntabwo ikangwa n’ubutaka butera cyangwa se imvura nke. BBC itangaza ko imyumbati ikunze kwibasirwa n’indwara zitandukanye zituma idatanga umusaruro ukwiye. Hari n’aho indwara ziyibasira ku buryo bitera inzara ikomeye. Uretse rero izo ndwara FAO ivuga ko hadutse indi virusi nayo yibasiye igihingwa cy’imyumbati mu karere k’Afrika y’iburasirazuba. Norbert NIYIZURUGERO
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/NAEB-na-SOPYRWA-bafashe-ingamba-zo-guteza-imbere-Ibireti
NAEB na SOPYRWA bafashe ingamba zo guteza imbere Ibireti
Umuyobozi wa NAEB, Ntakirutimana Corneille, avuga ko ibireti birimo gucika kubera imbuto itari nziza yakoreshwaga n’abahinzi. Avuga ko bagiye gushakira abaturage imbuto nziza y’ibireti izajya itanga umusaruro kurusha iyari isanzwe kandi idasaza vuba. Uretse gushaka imbuto year cyane, NAEB na SOPYRWA bafite gahunda yo guteza imbere iki gihingwa ku buso gihingwaho. Ikindi biyemeje ni ugushishikariza abaturage basanzwe bahinga iki gihingwa kurushaho gushyira ingufu mu buhinzi bwacyo. Nk’uko Ntakirutimana akomeza abisobanura, imbuto yakoreshwaga ni ibitsinsi by’ibireti kandi ntibitanga umusaruro ushimishije. Ibi bituma umusaruro ugenda urushaho kugabanuka kubera ko abahinzi bacika integer zo gukomeza guhinga ibitera. Ubuhinzi bw’ibireti buzajya bukorwa mu buryo bushya. Mu gihe mu bihe abahinzi bateraga ibitsinsi by’ibireti, ubu noneho uburyo bushya ni uguhumbika umurama hanyuma abahinzi bagatera ingemwe z’ibireti zivuye muri buhumbikiro. Ibireti bihinzwe muri ubu buryo bitanga umusaruro ukubye inshuro eshatu uw’ibiterwa ari ibitsinzi bitanga kandi bikaba bitanasaza vuba. NAEB yateguye gahunda yo gushakira abahinzi umurama w’ibireti ugera kuri toni 3 by’imbuto nziza. Si NAEB gusa yateguye uyu murama kuko na sosiyete nyarwanda itunganya umusaruro w’ibireti SOPYRWA yateguye umurama ungana n’ibiro 2000 ugomba guhumbikwa ugaterwa n’abahinzi mu rwego rwo kuzamura iki gihingwa. Kugeza ubu ubuso bw’ubutaka bugomba guterwaho ibireti bugera kuri hegitali 3000 mu Rwanda. Mu ntangiro z’ukwezi kwa 10 habaye umunsi w’abahinzi b’ibireti mu Rwanda. kuva muri uko kwezi, abaturage batangiye gufashwa guhumbika ingemwe nshya mu gihe bitegura guhinga. Ibireti ni kimwe mu bihingwa ngengabukungu bihingwa mu Rwanda. Gikunze kuboneka mu turere tw’imisozi miremire yo mu burengerazuba bw’u Rwanda ndetse no mu duce tw’imisozi y’amajyaruguru y’uburengerazuba. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/huye-abaturage-ntibarumva-akamaro-ko-guhuza-ubutaka
Huye: abaturage ntibarumva akamaro ko guhuza ubutaka
Iyo ugeze mu murenge wa Huye, ubona imirima itari mike ihinzemo ibihingwa bivanze. Hari aho usanga ibishyimbo, ibigori ndetse n’urutoki bihinze mu murima umwe. Kimwe n’abandi batuye muri uwo murenge umukecuru witwa Jeanne Kankindi yahinze igihingwa cy’imyumbati gusa muri iki gihembwe cy’ihinga. Avuga ko ubuyobozi bwababwiye ko iki gikorwa kizabafasha mu kongera umusaruro wabo ukomoka ku buhinzi ariko magingo ngo ntarumva aho umusaruro utubutse uzava bahinga igihingwa kimwe. Ubwo yaganiraga n’umunyamakuru wa kigali today Kankindi yagize ati : “Mbere nihingiraga ibijumba mu masaka ngashyiramo n’amateke ubwo habaga harimo n’urutoki. Nashoboraga gusarura imyaka y’ubwoko butandukanye mu gihe kimwe kandi mu murima umwe, sinzi rero niba imyumbati gusa izabasha kuntungira umuryango“. Nubwo Kankindi avuga ko yasaruraga imyaka itandukanye yemera ko umusaruro wabaga ari muke ntabashe kwihaza no gusagurira isoko. Akeka ko kutabona umusaruro uhagije biterwa no kudafumbira umurima we kkuko nta tungo afite. Umuyobozi ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu murenge wa Huye, Séraphine Kayitesi, avuga ko impamvu abaturage batabasha kubona umusaruro utubutse bituruka ahanini no kutumva akamaro ko guhinga igihingwa kimwe. Avuga ko umuturage bamwereka inzira nziza zo kugirango umusaruro we wiyongere ariko kubyumva bikagorana. Kayitesi yizeye ko bazabona amasoko y’imyaka abaturage bazeza. Avuga ko umuturage wahinze igihingwa kimwe abasha kugurisha ibyo yejeje akaba yabasha guhaha ibindi akeneye. Ati : “Nk’ubu umuturage wahinze ibigori akeza imifuka itanu ashobora kugurishamo itatu, akabasha kugura ibyo urugo rukeneye, akaba yanakwizigamira. Ashobora no kugurana na mugenzi we wahinze ibishyimbo cyangwa ikindi”. Abaturage bo mu murenge wa Huye bashishikarizwa guhinga igihingwa kimwe kugirango bungere umusaruro. Muri iki gihembwe cy’ihinga abaturage bahawe imbuto z’igihingwa cyatoranijwe bakanabahagarikira kugirango batazitera nabi cyangwa ngo bazivange n’indi myaka. Gerard GITOLI Mbabazi
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/inzoga-ikoze-mu-myumbati-yashyizwe-ku-isoko
Inzoga ikoze mu myumbati yashyizwe ku isoko
Inkuru dukesha BBC ivuga ko ubusanzwe hari abantu bari basanzwe bakora ibinyobwa bitandukanye bikoze mu myumati cyangwa mu bindi binyabijumba ariko ikibazo kikaba aruko ibyo binyobwa bishobora kugira ingaruka zirimo n’urupfu. Abahagarariye SABMiller batangaza ko inzoga bakoze nta kibazo izatera ku buzima bwa muntu. Iyo nzoga yakorewe mu gihugu cya Mozambique. Uru ruganda ruvuga ko buri mwaka bizajya bisaba toni ibihumbi mirongo ine z’imyumbati zo gukora iyo nzoga. Ibi byatumye bamwe mu bahinzi bavuga ko bizatuma inzara yiyongera muri Afurika kuko imyumbati ari kimwe mu bihingwa bifitiye akamaro kanini abanyafurika mu bijyanye n’imirire. Uruganda rwa SABMiller rukomoka mu Bwongereza; rwakoze umushinga wo guha akazi abahinzi barenga 1500 bahinga imirima myinshi y’imyumbati. Norbert NIYIZURUGERO
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/inzara-iragenda-igabanuka-mu-rwanda
Inzara iragenda igabanuka mu Rwanda
U Rwanda ruri mu bihugu 26 (Demokarasi ya Kongo, Burundi, Afrika y’epfo, Zambia, India, Sierra Leone, Ethiopia, Rwanda, Liberia, Tanzania, Guatemala, Nepal, Pakistan, Mozambique, Cambodia, Resotho, Vietnam, Kenya, Malawi, China, Brazil, Nigeria, Uganda, Gambia, Senegal na Ghana) byibasiwe n’ihindagurika ry’ikirere ariko ruza ku mwanya wa kane mu bihugu byafashe ingamba zihamye zo guhangana n’icyo bibazo no kugikemura. Nkuko Umuyobozi wa Action Aid mu Rwanda, Josephine Uwamariya, abitangaza mu rwego rwo gufasha abanyarwanda kurwanya inzara,umuryango Action Aid International wahisemo gufasha abagore bakora umwuga w’ubuhinzi mu Rwanda. Ubu ubushakashatsi bugaragaza ko abagore bagize 77% by’abantu bitabira ibikorwa by’ubuhinzi mu Rwanda. Ibi nibyo byatumye imbaraga nyinshi zishyirwa ku bagore mu rwego rwo kubafasha kuzamura umusaruro w’ubuhinzi kuko byagaragaye ko ari bo babwitabira kurusha abagabo mu Rwanda. Uwamariya yatangaje ko imbaraga z’abagore zitewe inkunga zagira icyo zitanga bityo umusaruro w’ubuhinzi ukiyongera; akaba ari imwe mu mpamvu zatuma inzara icika burundu mu Rwanda ndetse n’abaturage bakihaza mu biribwa. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/bugesera-nyuma-y-inzara-yaharanzwe-ubu-karahahira-utundi-turere
Bugesera: Nyuma y’inzara yaharanzwe ubu karahahira utundi turere
Mu myaka yashize cyane cyane umwaka w’2000, Akarere ka Bugesera kagaragayemo ikibazo cy’amapfa akabije, hari abantu bicwaga n’inzara abandi bagasuhuka. Muri iki gihe uhatembereye ushobora kugira ngo ni amateka cyangwa se ni amakabyankuru y’abantu, abenshi mu baturage hari bahatuye nibo bivugira ko nta kibazo cy’inzara kihaherutse. Niyonzima Joseph w’imyaka 45 utuye mu Murenge wa Nyamata, Akagari ka Maranyundo, amaze imyaka 16 muri aka Karere avuga ko inzara yatangiye kugaragara muri Bugesera mu mpera y’1999 ariko ikaza gukaza umurego mu mwaka w’2000. Avuga ko muri icyo gihe ibintu byose byari byarabuze kuva ku biryo mvaruganda kugeza ku bijumba bihingiraga. Agira ati “Umva ibijumba ari ibijumba, icyo gihe inaha byaribwaga n’umuntu ufite imodoka, ndakubwiza ukuri ko nta mukene wapfaga kubyigondera”. Niyonzima yongeraho ko impamvu yateraga ibyo byose ari uko izuba ryari ryaracanye ku buryo batirirwaga bahinga n’uwahinganga ntiyeze. Avuga ko icyo igihe ahantu hapfaga kwera ibijumba hari mu bishanga kandi byajyaga kubageraho byahenze. Yongeraho ko mu mwaka w’2000 abantu bishwe n’inzara ku buryo bukabije mu duce twa Gashora, Ngenda, Gahembe na Maranyundo aho abandi barasuhuka. Ati “icyo gihe abagabo benshi barahungaga kubera kubura icyo bagaburira imiryango yabo, naho abagore bakishyira mu migozi kubera kubura icyo bagaburira abana babo”. Mukanzaramba Feresita ni umugore w’imyaka 62 y’amavuko atuye mu Murenge wa Mayange, avuga ko ikintu cyaje kubarokora ari uko mu Bugesera haje imishinga imwe n’imwe igatangira kubaha imfashanyo z’ibiribwa. Agira ati : “Muri icyo gihe tutarabona imfashanyo uwo amahirwe yasekeraga yabonaga rukacarara. Icyo gihe twayitaga shira umuteto kuko mbere wasangaga hari abantu batarya umutsima w’amasaka”. Gusa abatuye muri aka gace bavuga ko ibintu bisa n’ibyasubiye mu buryo kuko ubu imyaka irera abantu bakabona ibiryo. Bavuga ko iyo ufite inoti y’igihumbi urya amanywa n’ijoro. Nyirabitanga Jolie nawe utuye mu Bugesera avuga ko ubu nta nzara ikiharangwa, ko ubu aka karere gahagaze neza, ku isoko ibintu biraboneka. Ibiboneka kurusha ibindi harimo imboga, ibishyimbo, imyumbati, inanasi, ibigori n’ibindi. Ugeze mu isoko rya Nyamata mu gice gicururizwamo imboga, abacuruzi bazo nabo bemeza ko imboga ziboneka ku bwinshi. Mukarwema Annonciata, umucuruzi muri iri soko rya Nyamata umaze imyaka igera kuri 7 acuruza, avuga ko ibicuruzwa byabonetse nyuma y’aho mbere gucuruza byasaga n’ibigoranye kubera ko baburaga aho barangurira. Agira ati : “Ibintu biriho. Ikibigaragaza ni uko inyanya, intoryi n’izindi kandi urabona ko na hano mu isoko abacuruza imboga babaye benshi kandi n’abo mu tundi Turere basigaye baza kurangura hano”. Aganira na kigalitoday.com Rwagaju Louis uyobora Akarere ka Bugesera avuga ko icyatumye inzara igabanuka muri aka karere ngo ni uko leta yafashe ingamba zo gutera ibiti n’amashyamba hirya no hino muri kariya gace. Avuga ko iterwa ry’ibiti ryatumye imvura itangira kugwa n’imyaka ikaboneraho gutangira kwera. Ati “Ubu hari ibicuruzwa abacuruzi b’ i Kigali baza kurangura inaha ndetse n‘ubu dufitanye ubuhahirane n’Intara ya Kirundo yo mu gihugu cy’u Burundi”. Yongeraho ko ibi byose babigezeho bakangurira abaturage gukora cyane guhinga, kuzigama no gukora imirimo itegamiye ku buhinzi gusa. Muri ako Karere hari igihe cyageze bitoroshye kubona n’igiti kubera izuba ryari ryarahibasiye, Umuntu yashoboraga no gusanga amatungo yapfiriye ku nzira kubera kubura ubwatsi n’amazi kuko hendaga kuba ubutayu. Egide Kayiranga
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/ikawa-n-icyayi-ibihingwa-bifitiye-runini-u-rwanda
Ikawa n’icyayi: ibihingwa bifitiye runini u Rwanda
Nk’uko Ntakirutimana Corneille, umuyobozi mukuru wungurije ushinzwe kuzamura umusaruro w’ibyoherezwa mu mahanga mu Rwanda mu kigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku byoherezwa mu mahanga( NAEB) abitangaza, ibi bihingwa nibyo byinjiza amadevize menshi ugereranije n’ibindi byoherezwa mu mahanga bivuye mu Rwanda. Ibi bihingwa kandi bigirira akamaro kanini umuhinzi wabyo kuko bimuzanira amafaranga. Kugeza ubu umuhinzi w’icyayi ahabwa amafaranga ijana ku kiro cy’amababi y’icyayi ari ku kigero cy’ubwiza kiri hagati ya 65% na 69%. Naho ku cyayi kiri ku bwiza bwa 70% kugeza ku 100% umuhinzi ahabwa amafaranga 105 ku kiro ariko hari n’inganda zimwe zishobora kuyarenza. Muri uyu mwaka igiciro cy’ikawa cyavuye ku mafaranga 200 ku kiro cy’ibitumbwe kigera ku mafaranga 350. Ibi bikaba biterwa n’uko igiciro cy’ikawa cyagiye kizamuka ku masoko mpuzamahanga. Amafaranga avuye muri ibi bihingwa afasha abahinzi kongera umusaruro ndetse no kwikenura kuko iyo umuhinzi aguriwe ku giciro cyiza nawe agira umwete wo kongera umusaruro kugira ngo yeze byinshi. Bimwe mu bihugu kawa ikunze kugurishwamo harimo leta zunze ubumwe z’Amarika,Ubuyapani ndetse na bimwe mu bihugu by’Iburayi. icyayi gikunze kubona amasoko mu bihugu by’Abayisiramu, iby’Abarabu ndetse na bimwe mu bihugu by’Iburayi. Nk’uko Corneille aritangaza, Abanyarwanda ntibitabira cyane kunywa icyayi n’ikawa. Avuga ko Abanyanyarwanda bakwiriye kuba isoko ry’ibyo beza ntibatege amasoko ku banyamahanga gusa. Umwaka ushize umusaruro w’icyayi woherejwe hanze urenga toni 21.000 zinjije akayabo kagera kuri miliyoni 56 z’amadorari y’Amerika. Umusaruro wa Kawa woherejwe hanze ugera kuri toni 17.000 zinjije miliyoni 55 z’amadorari y’Amerika. Corneille avuga ko ibi bihingwa bifasha cyane igihugu kuko bituma ubukungu bw’igihugu kuzamuka ndetse bigatuma u Rwanda rugira ijambo ku rwego mpuzamahanga. Aya madevize kandi afasha u Rwanda kugura ibicuruzwa rukura hanze rudahenzwe. Avuga ko u Rwanda rweza umusaruro muke ugereranyije n’ibihugu duturanye ariko ko icyari n’ikawa by’u Rwanda bifite uburyohe kurusha ibyo muri ibyo bihugu. Nk’uko Ntakirutimana Corneille yabidutangarije, ikawa zihingwa hafi mu gihugu hose ariko zibanze cyane mu Ntara y’Amajyepfo ndetse n’iy’Iburengerazuba kuko ariho hari ubuso bunini bw’iki gihingwa. Icyayi cyo kibanze ahanini mu Ntara y’Uburengerazuba mu misozi miremire y’isunzu rya Congo Nil ndetse n’iy’Amajyepfo y’u Rwanda cyane mu turere twa Nyaruguru na Nyamagabe. Mu ntara y’Iburengerazuba hari inganda esheshatu hakaba hanateganywa kubakwa izindi nganda eshatu mu rwego rwo kuzamura ubwiza bw’umusaruro w’icyayi. Mu Ntara y’Amajyaruguru hari inganda z’icyayi nka Mulindi muri Gicumbi na Sorwathe mu karere ka Rulindo. Mu rwego rwo kongera umusaruro uturuka kuri ibyo bihingwa ndetse n’ibindi byoherezwa mu mahanga (imboga, imbuto n’ibireti), harateganywa kongerwa ubuso bihingwaho mu gihugu hose. Urugero: mu ntara y’Amajyepfo n’iy’Iburengerazuba hegitali 2545 ziziyongera kuri hegitali 19000 zisanzwe ku cyayi; hari ubutaka bwo muri Gishwati bugera kuri hegitali 12000 bugahingwaho icyayi. Ikawa yo hakazongerwaho hegitali 7100 ku zahingwaga. Iyi gahunda ikazakorwa muri uyu mwaka wa 2011-2012. Abaturage bakaba basabwa kuzitabira guhinga ibi bihingwa mu rwego rwo kurushaho kwizamura no kuzamura umusaruro w’ibyoherezwa mu mahanga muri rusange. Imboga, imbuto ndetse n’ibireti nabyo bizongererwa ubuso ndetse cyane mu Ntara y’amajyaruguru ndetse no mu Ntara y’uburengerazuba bw’amajyaruguru. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/Igihembwe-cy-ihinga-cya-2012-A-kizagira-imvura-ihagije-muri-rusange-Twahirwa
Igihembwe cy’ihinga cya 2012 (A) kizagira imvura ihagije muri rusange: Twahirwa Antoine
Iyi mvura izagwa mu buryo buhagije mu gihe cy’amezi 3 nk’uko isesengura ry’ibipimo byakozwe na Service y’ubumenyi bw’ikirere ryabyerekanye. Gusa ngo mu turere tumwe na tumwe imvura izagwa ariko igende igabanuka uko ibihe bizagenda bishira. Tumwe mu turere tuzabonekamo imvura nyinshi kurusha utundi cyane mu turere tw’imisozi miremire cyane mu majyaruguru n’igice kimwe cy’intara y’Iburengerazuba. Ibi bikaba byaratangajwe n’umuyobozi wa Service y’iteganyagihe muri Service y’ubumenyi bw’ikirere Twahirwa Antoine. Muri turere tuzabonekamo imvura nyinshi harimo Gicumbi, Burera, Musanze, Ngororero, Nyabihu, Nyaruguru, Nyanza, Muhanga, Kamonyi, Nyamagabe, Huye, Ruhango, Rubavu, Gakenke na Rulindo. Icyakora mu Ntara y’iburasirazuba ,kubera uko hateye,kuba hatagira imisozi ifata imiyaga ifite ubuhehere bw’umwuka bityo bigatuma ihuhwa n’umuyaga ikigira ahandi, ngo ni nayo mpamvu hadakunze kuboneka imvura nyinshi nk’ahandi mu Rwanda. Gusa ngo imvura ubu izagwayo ihagije, ariko izagenda igabanuka uko izagenda igwa, ibi bikaba bidakwiye gutera impungenge abazakora imirimo itandukanye . Tumwe mu turere tuzagwamo imvura ihagije ariko ikazagenda igabanuka uko izagenda igwa,harimo Rusizi, Nyamasheke, Karongi, Rutsiro, Rubavu, Nyagatare, Ngoma, Kirehe, Rwamagana, Gatsibo, Kayonza, Bugesera, Gasabo, Kicukiro, Nyarugenge ndetse na Gisagara. Twinshi muri utu turere tukaba ari utw’intara y’iburasirazuba kubera imiterere yayo. Gusa ngo iteganyagihe risesengura ibipimo by’imvura bafite hanyuma bakabigeza kuri Minisiteri ifite ubuhinzi n’ubworozi mu nshingano zayo, ari nayo igira abahinzi inama y’ibyo bahinga bitewe n’ibihe by’imvura biriho. Kugeza ubu mu Ntara zitandukanye ubuhinzi bukaba bwaritabiriwe ku buryo bushimishije, ndetse iki gihembwe cy’ihinga cya 2012 (A) kikaba kirimo kugenda neza nk’uko Musabyimana Innocent, umuyobozi mukuru ushinzwe iby’ubuhinzi mu kigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi (RAB) abitangaza. Yongeraho ko ugereranije n’uko intara zagiye zitabira ubuhinzi mu ntara y’iburengerazuba bageze hafi kuri 80% batera , mu Majyaruguru bageze kuri 90% y’ubutaka bugomba guhingwa no guterwa ,mu Burasirazuba ho bageze kuri 60% naho mu majyepfo bakaba bageze kuri 50%. Impamvu mu majyepfo bari bakiri hasi Musabyimana avuga ko imvura yaguye itinze ku buryo ubutaka bwari butarasoma. Ikindi usanga abafite ubutaka bunini bagenda baba hirya no hino mu migi kuburyo baba batabwegereye ngo bahite babuhinga. Iyi mibare y’aho abaturage bageze bahinga ikaba ishobora guhinduka nk’uko Musabyimana abivuga kuko bashyize ingufu nyinshi mu kubakangurira guhinga hakiri kare imvura ikiriho. Uturere twa Nyanza,Kamonyi na Muhanga mu Ntara y’Amajyepfo tukaba ari two twari turi inyuma ugereranije n’utundi mu kwitabira gahunda y’ubuhinzi. Abahinzi b’Intara y’Iburasirazuba bakaba bakangurirwa n’ikigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi guhinga vuba kuko agace k’uburasirazuba imvura ikunze gucika mbere muri ako gace nk’uko Musabyimana yabitangaje. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/Ibura-ry-amasoko-y-ibihingwa-nka-Macadamia-Moringa-na-Jatrofa-biteje-igihombo
Ibura ry’amasoko y’ibihingwa nka Macadamia,Moringa na Jatrofa biteje igihombo abahinzi.
Mutibagirana okomeza avuga ko batangiye kubihinga babishishikarijwe na Leta ndetse bizezwa ko bazabona n’amasoko. Mu mwaka wa 2006 batangiye kubona umusaruro wabyo ariko kugeza ubu nta masoko barabona ku buryo bamwe bakiwubitse abandi bacitse intege kuko bari barashoyemo amafaranga bakaba babifata nk’igihombo. Bamwe muri abo bahinzi batangiye gutema ibiti by’ubu bwoko bw’ibihingwa kuko nubwo bitanga umusaruro nta masoko bifite. Mutibagirana Evariste,avuga ko urugemwe rumwe gusa rwa Macadamia baruguraga amafaranga agera ku gihumbi. Mutibagirana:umwe mu bahombejwe n’ibi bihingwa umuhinzi mworozi w’intangarugero mu Rwanda no mu Karere ka Rwamagana, akaba atuye mu murenge wa Karenge. Azwiho kuba ari umuhinzi wa mbere mu Rwanda ku buhinzi bw’ibitoki biribwa bizwi ku izina ry’injagi ndetse n’ubuhinzi bw’imyumbati. Ubu ageze ku gitoki kimwe gipima ibiro 156 n’umwumbati umwe upima ibiro 150. Yegukanye igikombe cy’umuhinzi witwaye neza mu Rwanda mu buhinzi bw’imyumbati n’urutoki mu mwaka wa 2009 agihawe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame. Nubwo ariko Mutibagirana afite ubuhinzi buteye imbere atyo,avuga ko nawe yahinze Moringa ndetse na Macadamia mu bahinzi ba mbere babihinze.Ubu buhinzi avuga ko babukoze babushishikarijwe na Leta babwirwa ko bazabona amasoko. Bikaba byaratumye nawe arushaho gushishikariza abandi baturanye guhinga Macadamia na Moringa ku buryo we ubwe yahise anitabira gutubura imbuto za Macadamia kugirango zigere ku baturage baturanye ari nyinshi kuko zabonekaga gusa ahitwa muri Rugende kwa Paki. Mu mwaka wa 2006, nibwo ibihingwa nka Moringa na Macadamia byatangiye gutanga umusaruro. Icyakora ngo nta masoko bigeze babona yabyo. Ibyo byatumye bacika intege kuburyo hari n’abahise babitema kuko benshi babihingaga ahari indi myaka nk’urutoki bakayirandura nk’uko Ufitinema Ferdinand umwe mu bahinzi ba Macadamia unatubura imbuto mu gishanga cya Rugende yabitangaje. Mutibagirana Evariste,kugeza ubu avuga ko abitse ibiro 300 bya Moringa yaburiye isoko kuva mumyaka itanu ishize, hakaba hari nabagenzi be azi bafite ibiro birenga 1000. Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cyita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga (NAEB) arahumuriza abahinzi b’ibi bihingwa Kuri iki kibazo cy’amasoko y’ibihingwa nka Macadamia,Jatrofa na Moringa, umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cyita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga NAEB, Kanyankore Alexis avuga ko gushakisha amasoko y’ibi bihingwa bikiri mu nyigo. Yongeraho ko harimo gushakwa Rwiyemezamirimo washyiraho uruganda rwajya rutunganya umusaruro wa Macadamia,bityo nyuma yaho hakaba hakusanywa umusaruro wazo ugatunganywa. Ibyo bizatuma umusaruro wazo utunganije uhabwa agaciro kurusha uko waba umeze udatunganije. Kanyankore,yanavuze ko mu gihe cy’umwaka 1 bateganya ko Rwiyemezamirimo washyiraho uruganda rutunganya umusaruro wa Macadamia yaba yabonetse. Umuyobozi wa NAEB Kanyankore Alexis, yongeraho ko igihe umusaruro wa Macadamia uzaba watunganijwe uzabona amasoko,hirya no hino haba mu mahoteri, mu ma resitora no mu ma supermarché.Gusa ngo abafite umusaruro w’ibyo bihingwa bakaba bakwegera ikigo cy’igihugu kita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga (NAEB) kikaba cyabibafashamo igihe bazaba berekana umusaruro bafite. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/gira-inka-munyarwanda-umwe-mu-mihigo-cy-icyerekezo-2020
GIRA INKA MUNYARWANDA: UMWE MU MIHIGO CY’ICYEREKEZO 2020
Zimwe mu ntego z’iyi gahunda zijyanye n’icyerekezo 2020 urwanda rwihaye, harimo gufasha imiryango itishoboye kubasha kugira icyororo muri gahunda yo kurwanya ubukene n’indwara zituruka kumirire mibi; kwongera umusaruro uturuka kumatungo nk’amata n’ibiyakomokaho, nk’inyama…; gufasha abanyarwanda kubona ifumbire ndetse no kwagura umubano mu muco mwiza wo kugabirana inka mubanyarwanda… Gahunda ya gira inka munyarwanda igizwe n’ibyiciro bibiri ari byo:gira inka ngabirano na gira inka nguzanyo. Muri gahunda ya gira inka ngabirano imiryago icyennye izajya ihabwa inka kubuntu hanyuma uko izagenda yororoka nayo izagende yoroza abaturanyi bityo bityo… naho muri gahunda ya gira inka nguzanyo hazafashwa umuryango wujuje ibisabwa kuzahabwa inguzanyo kugirango ubashe kugura inka yo kworora. muri ibyo bisabwa harimo kuba harateguye ibiraro bijyanye n’ubworozi bwa kijyambere ,kubauyihabwa afite imirima y’ubwatsi buzatunga iyo inka … Kugeza ubu aho iyi gahunda yageze batangiye kuragizanya, kworoza abandi no kuziturirana ,abana baranywa amata… aha twavuga nko mukarere ka kamonyi mu ntara y’amajyepfo no muri rwamagana mu ntara y’uburasira zuba aho kuwa 2 ukwakira imiryango igera kuri 40 yahawe inka igabiwe n’abandi banyarwanda. Ubusanzwe hateganijwe kworozwa imiryango igera kuri 257 000 ikennye kurusha indi mu gihugu hose kugeza ubu hakaba hamaze kworozwa imiryango 92 000. Marie Josée IKIBASUMBA
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/hadutse-indwara-y-imyumbati-ishobora-kuba-icyorezo-fao
Hadutse indwara y’imyumbati ishobora kuba icyorezo – FAO
Ishami y’umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa ndetse n’ubuhinzi(FAO) rivuga ko indwara yitwa Cassava Brown Streak Disease (CBSD) ishobora kuba icyorezo. Ibyo babivuga bahereye ku kuba mu mwaka wa 2006 iyo ndwara yaragaragaye mu gihugu cya Uganda. Mu mezi make ashize kandi iyo ndwara yagaragaye mu Burundi no muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. FAO ivuga ko bigoye komenya aho iyo ndwara igeze kuko ititaweho bikomeye. Umwe mu bahagarariye FAO witwa Robson atangaza ko ikibazo gikomeye ari uko umuhinzi ashobora kugira ngo afite imyumbati myiza nyamara irwaye bitewe n’uko ibimenyetso by’iyi ndwara bigaragarira ku mizi gusa. FAO itangaza ko icyo kibazo giteye inkeke. Ngo ni ngombwa ko hafatwa ingamba zikomeye zo kuyirwanya kuko nta bwoko na bumwe bw’imyumbati buhabwa abahinzi bo muri Afrika bushobora guhangana n’iyo ndwara. FAO ivuga ko hari ingamba zishobora gufatwa maze iyo ndwara ntikomeze gukwira ahantu henshi. Muri izo ngamba harimo gucungira hafi ikwirakwizwa ry’imyumbati igomba guterwa ndetse no gukangurira abahinzi kurandura inyumbati babonye ko yafashwe n’iyi ndwara. Abahanga bo muri FAO bavuga ko bari gusiganwa n’igihe kugira ngo barwanye iyo virusi. Bakaba bahamagarira amahanga kubatera inkunga. Bakaba bifuza guha amahugurwa abahinzi ndetse no guhagarika ihanahana ry’icyo gihingwa kirwaye hagati y’uturere. Kuri ubu amoko umunani y’igihingwa cy’imyumbati ari kugeragezwa n’ikigo mpuzamahanga cyita ku buhinzi (International Institute of Tropical Agriculture). Ayo moko akaba ashobora guhangana n’iyo ndwara kuburyo mu myaka ibiri iri imbere ngo izatangwa ku bahinzi benshi. Imyumbati ni kimwe mu bihingwa bifitiye akamaro isi muri rusange. Kuburyo muri Afurika ho ifatiye runini abantu benshi kuko ntabwo ikangwa n’ubutaka butera cyangwa se imvura nke. BBC itangaza ko imyumbati ikunze kwibasirwa n’indwara zitandukanye zituma idatanga umusaruro ukwiye. Hari n’aho indwara ziyibasira ku buryo bitera inzara ikomeye. Uretse rero izo ndwara FAO ivuga ko hadutse indi virusi nayo yibasiye igihingwa cy’imyumbati mu karere k’Afrika y’iburasirazuba. Norbert NIYIZURUGERO
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/NAEB-na-SOPYRWA-bafashe-ingamba-zo-guteza-imbere-Ibireti
NAEB na SOPYRWA bafashe ingamba zo guteza imbere Ibireti
Umuyobozi wa NAEB, Ntakirutimana Corneille, avuga ko ibireti birimo gucika kubera imbuto itari nziza yakoreshwaga n’abahinzi. Avuga ko bagiye gushakira abaturage imbuto nziza y’ibireti izajya itanga umusaruro kurusha iyari isanzwe kandi idasaza vuba. Uretse gushaka imbuto year cyane, NAEB na SOPYRWA bafite gahunda yo guteza imbere iki gihingwa ku buso gihingwaho. Ikindi biyemeje ni ugushishikariza abaturage basanzwe bahinga iki gihingwa kurushaho gushyira ingufu mu buhinzi bwacyo. Nk’uko Ntakirutimana akomeza abisobanura, imbuto yakoreshwaga ni ibitsinsi by’ibireti kandi ntibitanga umusaruro ushimishije. Ibi bituma umusaruro ugenda urushaho kugabanuka kubera ko abahinzi bacika integer zo gukomeza guhinga ibitera. Ubuhinzi bw’ibireti buzajya bukorwa mu buryo bushya. Mu gihe mu bihe abahinzi bateraga ibitsinsi by’ibireti, ubu noneho uburyo bushya ni uguhumbika umurama hanyuma abahinzi bagatera ingemwe z’ibireti zivuye muri buhumbikiro. Ibireti bihinzwe muri ubu buryo bitanga umusaruro ukubye inshuro eshatu uw’ibiterwa ari ibitsinzi bitanga kandi bikaba bitanasaza vuba. NAEB yateguye gahunda yo gushakira abahinzi umurama w’ibireti ugera kuri toni 3 by’imbuto nziza. Si NAEB gusa yateguye uyu murama kuko na sosiyete nyarwanda itunganya umusaruro w’ibireti SOPYRWA yateguye umurama ungana n’ibiro 2000 ugomba guhumbikwa ugaterwa n’abahinzi mu rwego rwo kuzamura iki gihingwa. Kugeza ubu ubuso bw’ubutaka bugomba guterwaho ibireti bugera kuri hegitali 3000 mu Rwanda. Mu ntangiro z’ukwezi kwa 10 habaye umunsi w’abahinzi b’ibireti mu Rwanda. kuva muri uko kwezi, abaturage batangiye gufashwa guhumbika ingemwe nshya mu gihe bitegura guhinga. Ibireti ni kimwe mu bihingwa ngengabukungu bihingwa mu Rwanda. Gikunze kuboneka mu turere tw’imisozi miremire yo mu burengerazuba bw’u Rwanda ndetse no mu duce tw’imisozi y’amajyaruguru y’uburengerazuba. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/huye-abaturage-ntibarumva-akamaro-ko-guhuza-ubutaka
Huye: abaturage ntibarumva akamaro ko guhuza ubutaka
Iyo ugeze mu murenge wa Huye, ubona imirima itari mike ihinzemo ibihingwa bivanze. Hari aho usanga ibishyimbo, ibigori ndetse n’urutoki bihinze mu murima umwe. Kimwe n’abandi batuye muri uwo murenge umukecuru witwa Jeanne Kankindi yahinze igihingwa cy’imyumbati gusa muri iki gihembwe cy’ihinga. Avuga ko ubuyobozi bwababwiye ko iki gikorwa kizabafasha mu kongera umusaruro wabo ukomoka ku buhinzi ariko magingo ngo ntarumva aho umusaruro utubutse uzava bahinga igihingwa kimwe. Ubwo yaganiraga n’umunyamakuru wa kigali today Kankindi yagize ati : “Mbere nihingiraga ibijumba mu masaka ngashyiramo n’amateke ubwo habaga harimo n’urutoki. Nashoboraga gusarura imyaka y’ubwoko butandukanye mu gihe kimwe kandi mu murima umwe, sinzi rero niba imyumbati gusa izabasha kuntungira umuryango“. Nubwo Kankindi avuga ko yasaruraga imyaka itandukanye yemera ko umusaruro wabaga ari muke ntabashe kwihaza no gusagurira isoko. Akeka ko kutabona umusaruro uhagije biterwa no kudafumbira umurima we kkuko nta tungo afite. Umuyobozi ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu murenge wa Huye, Séraphine Kayitesi, avuga ko impamvu abaturage batabasha kubona umusaruro utubutse bituruka ahanini no kutumva akamaro ko guhinga igihingwa kimwe. Avuga ko umuturage bamwereka inzira nziza zo kugirango umusaruro we wiyongere ariko kubyumva bikagorana. Kayitesi yizeye ko bazabona amasoko y’imyaka abaturage bazeza. Avuga ko umuturage wahinze igihingwa kimwe abasha kugurisha ibyo yejeje akaba yabasha guhaha ibindi akeneye. Ati : “Nk’ubu umuturage wahinze ibigori akeza imifuka itanu ashobora kugurishamo itatu, akabasha kugura ibyo urugo rukeneye, akaba yanakwizigamira. Ashobora no kugurana na mugenzi we wahinze ibishyimbo cyangwa ikindi”. Abaturage bo mu murenge wa Huye bashishikarizwa guhinga igihingwa kimwe kugirango bungere umusaruro. Muri iki gihembwe cy’ihinga abaturage bahawe imbuto z’igihingwa cyatoranijwe bakanabahagarikira kugirango batazitera nabi cyangwa ngo bazivange n’indi myaka. Gerard GITOLI Mbabazi
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/inzoga-ikoze-mu-myumbati-yashyizwe-ku-isoko
Inzoga ikoze mu myumbati yashyizwe ku isoko
Inkuru dukesha BBC ivuga ko ubusanzwe hari abantu bari basanzwe bakora ibinyobwa bitandukanye bikoze mu myumati cyangwa mu bindi binyabijumba ariko ikibazo kikaba aruko ibyo binyobwa bishobora kugira ingaruka zirimo n’urupfu. Abahagarariye SABMiller batangaza ko inzoga bakoze nta kibazo izatera ku buzima bwa muntu. Iyo nzoga yakorewe mu gihugu cya Mozambique. Uru ruganda ruvuga ko buri mwaka bizajya bisaba toni ibihumbi mirongo ine z’imyumbati zo gukora iyo nzoga. Ibi byatumye bamwe mu bahinzi bavuga ko bizatuma inzara yiyongera muri Afurika kuko imyumbati ari kimwe mu bihingwa bifitiye akamaro kanini abanyafurika mu bijyanye n’imirire. Uruganda rwa SABMiller rukomoka mu Bwongereza; rwakoze umushinga wo guha akazi abahinzi barenga 1500 bahinga imirima myinshi y’imyumbati. Norbert NIYIZURUGERO
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/inzara-iragenda-igabanuka-mu-rwanda
Inzara iragenda igabanuka mu Rwanda
U Rwanda ruri mu bihugu 26 (Demokarasi ya Kongo, Burundi, Afrika y’epfo, Zambia, India, Sierra Leone, Ethiopia, Rwanda, Liberia, Tanzania, Guatemala, Nepal, Pakistan, Mozambique, Cambodia, Resotho, Vietnam, Kenya, Malawi, China, Brazil, Nigeria, Uganda, Gambia, Senegal na Ghana) byibasiwe n’ihindagurika ry’ikirere ariko ruza ku mwanya wa kane mu bihugu byafashe ingamba zihamye zo guhangana n’icyo bibazo no kugikemura. Nkuko Umuyobozi wa Action Aid mu Rwanda, Josephine Uwamariya, abitangaza mu rwego rwo gufasha abanyarwanda kurwanya inzara,umuryango Action Aid International wahisemo gufasha abagore bakora umwuga w’ubuhinzi mu Rwanda. Ubu ubushakashatsi bugaragaza ko abagore bagize 77% by’abantu bitabira ibikorwa by’ubuhinzi mu Rwanda. Ibi nibyo byatumye imbaraga nyinshi zishyirwa ku bagore mu rwego rwo kubafasha kuzamura umusaruro w’ubuhinzi kuko byagaragaye ko ari bo babwitabira kurusha abagabo mu Rwanda. Uwamariya yatangaje ko imbaraga z’abagore zitewe inkunga zagira icyo zitanga bityo umusaruro w’ubuhinzi ukiyongera; akaba ari imwe mu mpamvu zatuma inzara icika burundu mu Rwanda ndetse n’abaturage bakihaza mu biribwa. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/bugesera-nyuma-y-inzara-yaharanzwe-ubu-karahahira-utundi-turere
Bugesera: Nyuma y’inzara yaharanzwe ubu karahahira utundi turere
Mu myaka yashize cyane cyane umwaka w’2000, Akarere ka Bugesera kagaragayemo ikibazo cy’amapfa akabije, hari abantu bicwaga n’inzara abandi bagasuhuka. Muri iki gihe uhatembereye ushobora kugira ngo ni amateka cyangwa se ni amakabyankuru y’abantu, abenshi mu baturage hari bahatuye nibo bivugira ko nta kibazo cy’inzara kihaherutse. Niyonzima Joseph w’imyaka 45 utuye mu Murenge wa Nyamata, Akagari ka Maranyundo, amaze imyaka 16 muri aka Karere avuga ko inzara yatangiye kugaragara muri Bugesera mu mpera y’1999 ariko ikaza gukaza umurego mu mwaka w’2000. Avuga ko muri icyo gihe ibintu byose byari byarabuze kuva ku biryo mvaruganda kugeza ku bijumba bihingiraga. Agira ati “Umva ibijumba ari ibijumba, icyo gihe inaha byaribwaga n’umuntu ufite imodoka, ndakubwiza ukuri ko nta mukene wapfaga kubyigondera”. Niyonzima yongeraho ko impamvu yateraga ibyo byose ari uko izuba ryari ryaracanye ku buryo batirirwaga bahinga n’uwahinganga ntiyeze. Avuga ko icyo igihe ahantu hapfaga kwera ibijumba hari mu bishanga kandi byajyaga kubageraho byahenze. Yongeraho ko mu mwaka w’2000 abantu bishwe n’inzara ku buryo bukabije mu duce twa Gashora, Ngenda, Gahembe na Maranyundo aho abandi barasuhuka. Ati “icyo gihe abagabo benshi barahungaga kubera kubura icyo bagaburira imiryango yabo, naho abagore bakishyira mu migozi kubera kubura icyo bagaburira abana babo”. Mukanzaramba Feresita ni umugore w’imyaka 62 y’amavuko atuye mu Murenge wa Mayange, avuga ko ikintu cyaje kubarokora ari uko mu Bugesera haje imishinga imwe n’imwe igatangira kubaha imfashanyo z’ibiribwa. Agira ati : “Muri icyo gihe tutarabona imfashanyo uwo amahirwe yasekeraga yabonaga rukacarara. Icyo gihe twayitaga shira umuteto kuko mbere wasangaga hari abantu batarya umutsima w’amasaka”. Gusa abatuye muri aka gace bavuga ko ibintu bisa n’ibyasubiye mu buryo kuko ubu imyaka irera abantu bakabona ibiryo. Bavuga ko iyo ufite inoti y’igihumbi urya amanywa n’ijoro. Nyirabitanga Jolie nawe utuye mu Bugesera avuga ko ubu nta nzara ikiharangwa, ko ubu aka karere gahagaze neza, ku isoko ibintu biraboneka. Ibiboneka kurusha ibindi harimo imboga, ibishyimbo, imyumbati, inanasi, ibigori n’ibindi. Ugeze mu isoko rya Nyamata mu gice gicururizwamo imboga, abacuruzi bazo nabo bemeza ko imboga ziboneka ku bwinshi. Mukarwema Annonciata, umucuruzi muri iri soko rya Nyamata umaze imyaka igera kuri 7 acuruza, avuga ko ibicuruzwa byabonetse nyuma y’aho mbere gucuruza byasaga n’ibigoranye kubera ko baburaga aho barangurira. Agira ati : “Ibintu biriho. Ikibigaragaza ni uko inyanya, intoryi n’izindi kandi urabona ko na hano mu isoko abacuruza imboga babaye benshi kandi n’abo mu tundi Turere basigaye baza kurangura hano”. Aganira na kigalitoday.com Rwagaju Louis uyobora Akarere ka Bugesera avuga ko icyatumye inzara igabanuka muri aka karere ngo ni uko leta yafashe ingamba zo gutera ibiti n’amashyamba hirya no hino muri kariya gace. Avuga ko iterwa ry’ibiti ryatumye imvura itangira kugwa n’imyaka ikaboneraho gutangira kwera. Ati “Ubu hari ibicuruzwa abacuruzi b’ i Kigali baza kurangura inaha ndetse n‘ubu dufitanye ubuhahirane n’Intara ya Kirundo yo mu gihugu cy’u Burundi”. Yongeraho ko ibi byose babigezeho bakangurira abaturage gukora cyane guhinga, kuzigama no gukora imirimo itegamiye ku buhinzi gusa. Muri ako Karere hari igihe cyageze bitoroshye kubona n’igiti kubera izuba ryari ryarahibasiye, Umuntu yashoboraga no gusanga amatungo yapfiriye ku nzira kubera kubura ubwatsi n’amazi kuko hendaga kuba ubutayu. Egide Kayiranga
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/ikawa-n-icyayi-ibihingwa-bifitiye-runini-u-rwanda
Ikawa n’icyayi: ibihingwa bifitiye runini u Rwanda
Nk’uko Ntakirutimana Corneille, umuyobozi mukuru wungurije ushinzwe kuzamura umusaruro w’ibyoherezwa mu mahanga mu Rwanda mu kigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku byoherezwa mu mahanga( NAEB) abitangaza, ibi bihingwa nibyo byinjiza amadevize menshi ugereranije n’ibindi byoherezwa mu mahanga bivuye mu Rwanda. Ibi bihingwa kandi bigirira akamaro kanini umuhinzi wabyo kuko bimuzanira amafaranga. Kugeza ubu umuhinzi w’icyayi ahabwa amafaranga ijana ku kiro cy’amababi y’icyayi ari ku kigero cy’ubwiza kiri hagati ya 65% na 69%. Naho ku cyayi kiri ku bwiza bwa 70% kugeza ku 100% umuhinzi ahabwa amafaranga 105 ku kiro ariko hari n’inganda zimwe zishobora kuyarenza. Muri uyu mwaka igiciro cy’ikawa cyavuye ku mafaranga 200 ku kiro cy’ibitumbwe kigera ku mafaranga 350. Ibi bikaba biterwa n’uko igiciro cy’ikawa cyagiye kizamuka ku masoko mpuzamahanga. Amafaranga avuye muri ibi bihingwa afasha abahinzi kongera umusaruro ndetse no kwikenura kuko iyo umuhinzi aguriwe ku giciro cyiza nawe agira umwete wo kongera umusaruro kugira ngo yeze byinshi. Bimwe mu bihugu kawa ikunze kugurishwamo harimo leta zunze ubumwe z’Amarika,Ubuyapani ndetse na bimwe mu bihugu by’Iburayi. icyayi gikunze kubona amasoko mu bihugu by’Abayisiramu, iby’Abarabu ndetse na bimwe mu bihugu by’Iburayi. Nk’uko Corneille aritangaza, Abanyarwanda ntibitabira cyane kunywa icyayi n’ikawa. Avuga ko Abanyanyarwanda bakwiriye kuba isoko ry’ibyo beza ntibatege amasoko ku banyamahanga gusa. Umwaka ushize umusaruro w’icyayi woherejwe hanze urenga toni 21.000 zinjije akayabo kagera kuri miliyoni 56 z’amadorari y’Amerika. Umusaruro wa Kawa woherejwe hanze ugera kuri toni 17.000 zinjije miliyoni 55 z’amadorari y’Amerika. Corneille avuga ko ibi bihingwa bifasha cyane igihugu kuko bituma ubukungu bw’igihugu kuzamuka ndetse bigatuma u Rwanda rugira ijambo ku rwego mpuzamahanga. Aya madevize kandi afasha u Rwanda kugura ibicuruzwa rukura hanze rudahenzwe. Avuga ko u Rwanda rweza umusaruro muke ugereranyije n’ibihugu duturanye ariko ko icyari n’ikawa by’u Rwanda bifite uburyohe kurusha ibyo muri ibyo bihugu. Nk’uko Ntakirutimana Corneille yabidutangarije, ikawa zihingwa hafi mu gihugu hose ariko zibanze cyane mu Ntara y’Amajyepfo ndetse n’iy’Iburengerazuba kuko ariho hari ubuso bunini bw’iki gihingwa. Icyayi cyo kibanze ahanini mu Ntara y’Uburengerazuba mu misozi miremire y’isunzu rya Congo Nil ndetse n’iy’Amajyepfo y’u Rwanda cyane mu turere twa Nyaruguru na Nyamagabe. Mu ntara y’Iburengerazuba hari inganda esheshatu hakaba hanateganywa kubakwa izindi nganda eshatu mu rwego rwo kuzamura ubwiza bw’umusaruro w’icyayi. Mu Ntara y’Amajyaruguru hari inganda z’icyayi nka Mulindi muri Gicumbi na Sorwathe mu karere ka Rulindo. Mu rwego rwo kongera umusaruro uturuka kuri ibyo bihingwa ndetse n’ibindi byoherezwa mu mahanga (imboga, imbuto n’ibireti), harateganywa kongerwa ubuso bihingwaho mu gihugu hose. Urugero: mu ntara y’Amajyepfo n’iy’Iburengerazuba hegitali 2545 ziziyongera kuri hegitali 19000 zisanzwe ku cyayi; hari ubutaka bwo muri Gishwati bugera kuri hegitali 12000 bugahingwaho icyayi. Ikawa yo hakazongerwaho hegitali 7100 ku zahingwaga. Iyi gahunda ikazakorwa muri uyu mwaka wa 2011-2012. Abaturage bakaba basabwa kuzitabira guhinga ibi bihingwa mu rwego rwo kurushaho kwizamura no kuzamura umusaruro w’ibyoherezwa mu mahanga muri rusange. Imboga, imbuto ndetse n’ibireti nabyo bizongererwa ubuso ndetse cyane mu Ntara y’amajyaruguru ndetse no mu Ntara y’uburengerazuba bw’amajyaruguru. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/Igihembwe-cy-ihinga-cya-2012-A-kizagira-imvura-ihagije-muri-rusange-Twahirwa
Igihembwe cy’ihinga cya 2012 (A) kizagira imvura ihagije muri rusange: Twahirwa Antoine
Iyi mvura izagwa mu buryo buhagije mu gihe cy’amezi 3 nk’uko isesengura ry’ibipimo byakozwe na Service y’ubumenyi bw’ikirere ryabyerekanye. Gusa ngo mu turere tumwe na tumwe imvura izagwa ariko igende igabanuka uko ibihe bizagenda bishira. Tumwe mu turere tuzabonekamo imvura nyinshi kurusha utundi cyane mu turere tw’imisozi miremire cyane mu majyaruguru n’igice kimwe cy’intara y’Iburengerazuba. Ibi bikaba byaratangajwe n’umuyobozi wa Service y’iteganyagihe muri Service y’ubumenyi bw’ikirere Twahirwa Antoine. Muri turere tuzabonekamo imvura nyinshi harimo Gicumbi, Burera, Musanze, Ngororero, Nyabihu, Nyaruguru, Nyanza, Muhanga, Kamonyi, Nyamagabe, Huye, Ruhango, Rubavu, Gakenke na Rulindo. Icyakora mu Ntara y’iburasirazuba ,kubera uko hateye,kuba hatagira imisozi ifata imiyaga ifite ubuhehere bw’umwuka bityo bigatuma ihuhwa n’umuyaga ikigira ahandi, ngo ni nayo mpamvu hadakunze kuboneka imvura nyinshi nk’ahandi mu Rwanda. Gusa ngo imvura ubu izagwayo ihagije, ariko izagenda igabanuka uko izagenda igwa, ibi bikaba bidakwiye gutera impungenge abazakora imirimo itandukanye . Tumwe mu turere tuzagwamo imvura ihagije ariko ikazagenda igabanuka uko izagenda igwa,harimo Rusizi, Nyamasheke, Karongi, Rutsiro, Rubavu, Nyagatare, Ngoma, Kirehe, Rwamagana, Gatsibo, Kayonza, Bugesera, Gasabo, Kicukiro, Nyarugenge ndetse na Gisagara. Twinshi muri utu turere tukaba ari utw’intara y’iburasirazuba kubera imiterere yayo. Gusa ngo iteganyagihe risesengura ibipimo by’imvura bafite hanyuma bakabigeza kuri Minisiteri ifite ubuhinzi n’ubworozi mu nshingano zayo, ari nayo igira abahinzi inama y’ibyo bahinga bitewe n’ibihe by’imvura biriho. Kugeza ubu mu Ntara zitandukanye ubuhinzi bukaba bwaritabiriwe ku buryo bushimishije, ndetse iki gihembwe cy’ihinga cya 2012 (A) kikaba kirimo kugenda neza nk’uko Musabyimana Innocent, umuyobozi mukuru ushinzwe iby’ubuhinzi mu kigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi (RAB) abitangaza. Yongeraho ko ugereranije n’uko intara zagiye zitabira ubuhinzi mu ntara y’iburengerazuba bageze hafi kuri 80% batera , mu Majyaruguru bageze kuri 90% y’ubutaka bugomba guhingwa no guterwa ,mu Burasirazuba ho bageze kuri 60% naho mu majyepfo bakaba bageze kuri 50%. Impamvu mu majyepfo bari bakiri hasi Musabyimana avuga ko imvura yaguye itinze ku buryo ubutaka bwari butarasoma. Ikindi usanga abafite ubutaka bunini bagenda baba hirya no hino mu migi kuburyo baba batabwegereye ngo bahite babuhinga. Iyi mibare y’aho abaturage bageze bahinga ikaba ishobora guhinduka nk’uko Musabyimana abivuga kuko bashyize ingufu nyinshi mu kubakangurira guhinga hakiri kare imvura ikiriho. Uturere twa Nyanza,Kamonyi na Muhanga mu Ntara y’Amajyepfo tukaba ari two twari turi inyuma ugereranije n’utundi mu kwitabira gahunda y’ubuhinzi. Abahinzi b’Intara y’Iburasirazuba bakaba bakangurirwa n’ikigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi guhinga vuba kuko agace k’uburasirazuba imvura ikunze gucika mbere muri ako gace nk’uko Musabyimana yabitangaje. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/Ibura-ry-amasoko-y-ibihingwa-nka-Macadamia-Moringa-na-Jatrofa-biteje-igihombo
Ibura ry’amasoko y’ibihingwa nka Macadamia,Moringa na Jatrofa biteje igihombo abahinzi.
Mutibagirana okomeza avuga ko batangiye kubihinga babishishikarijwe na Leta ndetse bizezwa ko bazabona n’amasoko. Mu mwaka wa 2006 batangiye kubona umusaruro wabyo ariko kugeza ubu nta masoko barabona ku buryo bamwe bakiwubitse abandi bacitse intege kuko bari barashoyemo amafaranga bakaba babifata nk’igihombo. Bamwe muri abo bahinzi batangiye gutema ibiti by’ubu bwoko bw’ibihingwa kuko nubwo bitanga umusaruro nta masoko bifite. Mutibagirana Evariste,avuga ko urugemwe rumwe gusa rwa Macadamia baruguraga amafaranga agera ku gihumbi. Mutibagirana:umwe mu bahombejwe n’ibi bihingwa umuhinzi mworozi w’intangarugero mu Rwanda no mu Karere ka Rwamagana, akaba atuye mu murenge wa Karenge. Azwiho kuba ari umuhinzi wa mbere mu Rwanda ku buhinzi bw’ibitoki biribwa bizwi ku izina ry’injagi ndetse n’ubuhinzi bw’imyumbati. Ubu ageze ku gitoki kimwe gipima ibiro 156 n’umwumbati umwe upima ibiro 150. Yegukanye igikombe cy’umuhinzi witwaye neza mu Rwanda mu buhinzi bw’imyumbati n’urutoki mu mwaka wa 2009 agihawe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame. Nubwo ariko Mutibagirana afite ubuhinzi buteye imbere atyo,avuga ko nawe yahinze Moringa ndetse na Macadamia mu bahinzi ba mbere babihinze.Ubu buhinzi avuga ko babukoze babushishikarijwe na Leta babwirwa ko bazabona amasoko. Bikaba byaratumye nawe arushaho gushishikariza abandi baturanye guhinga Macadamia na Moringa ku buryo we ubwe yahise anitabira gutubura imbuto za Macadamia kugirango zigere ku baturage baturanye ari nyinshi kuko zabonekaga gusa ahitwa muri Rugende kwa Paki. Mu mwaka wa 2006, nibwo ibihingwa nka Moringa na Macadamia byatangiye gutanga umusaruro. Icyakora ngo nta masoko bigeze babona yabyo. Ibyo byatumye bacika intege kuburyo hari n’abahise babitema kuko benshi babihingaga ahari indi myaka nk’urutoki bakayirandura nk’uko Ufitinema Ferdinand umwe mu bahinzi ba Macadamia unatubura imbuto mu gishanga cya Rugende yabitangaje. Mutibagirana Evariste,kugeza ubu avuga ko abitse ibiro 300 bya Moringa yaburiye isoko kuva mumyaka itanu ishize, hakaba hari nabagenzi be azi bafite ibiro birenga 1000. Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cyita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga (NAEB) arahumuriza abahinzi b’ibi bihingwa Kuri iki kibazo cy’amasoko y’ibihingwa nka Macadamia,Jatrofa na Moringa, umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cyita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga NAEB, Kanyankore Alexis avuga ko gushakisha amasoko y’ibi bihingwa bikiri mu nyigo. Yongeraho ko harimo gushakwa Rwiyemezamirimo washyiraho uruganda rwajya rutunganya umusaruro wa Macadamia,bityo nyuma yaho hakaba hakusanywa umusaruro wazo ugatunganywa. Ibyo bizatuma umusaruro wazo utunganije uhabwa agaciro kurusha uko waba umeze udatunganije. Kanyankore,yanavuze ko mu gihe cy’umwaka 1 bateganya ko Rwiyemezamirimo washyiraho uruganda rutunganya umusaruro wa Macadamia yaba yabonetse. Umuyobozi wa NAEB Kanyankore Alexis, yongeraho ko igihe umusaruro wa Macadamia uzaba watunganijwe uzabona amasoko,hirya no hino haba mu mahoteri, mu ma resitora no mu ma supermarché.Gusa ngo abafite umusaruro w’ibyo bihingwa bakaba bakwegera ikigo cy’igihugu kita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga (NAEB) kikaba cyabibafashamo igihe bazaba berekana umusaruro bafite. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/gira-inka-munyarwanda-umwe-mu-mihigo-cy-icyerekezo-2020
GIRA INKA MUNYARWANDA: UMWE MU MIHIGO CY’ICYEREKEZO 2020
Zimwe mu ntego z’iyi gahunda zijyanye n’icyerekezo 2020 urwanda rwihaye, harimo gufasha imiryango itishoboye kubasha kugira icyororo muri gahunda yo kurwanya ubukene n’indwara zituruka kumirire mibi; kwongera umusaruro uturuka kumatungo nk’amata n’ibiyakomokaho, nk’inyama…; gufasha abanyarwanda kubona ifumbire ndetse no kwagura umubano mu muco mwiza wo kugabirana inka mubanyarwanda… Gahunda ya gira inka munyarwanda igizwe n’ibyiciro bibiri ari byo:gira inka ngabirano na gira inka nguzanyo. Muri gahunda ya gira inka ngabirano imiryago icyennye izajya ihabwa inka kubuntu hanyuma uko izagenda yororoka nayo izagende yoroza abaturanyi bityo bityo… naho muri gahunda ya gira inka nguzanyo hazafashwa umuryango wujuje ibisabwa kuzahabwa inguzanyo kugirango ubashe kugura inka yo kworora. muri ibyo bisabwa harimo kuba harateguye ibiraro bijyanye n’ubworozi bwa kijyambere ,kubauyihabwa afite imirima y’ubwatsi buzatunga iyo inka … Kugeza ubu aho iyi gahunda yageze batangiye kuragizanya, kworoza abandi no kuziturirana ,abana baranywa amata… aha twavuga nko mukarere ka kamonyi mu ntara y’amajyepfo no muri rwamagana mu ntara y’uburasira zuba aho kuwa 2 ukwakira imiryango igera kuri 40 yahawe inka igabiwe n’abandi banyarwanda. Ubusanzwe hateganijwe kworozwa imiryango igera kuri 257 000 ikennye kurusha indi mu gihugu hose kugeza ubu hakaba hamaze kworozwa imiryango 92 000. Marie Josée IKIBASUMBA
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/hadutse-indwara-y-imyumbati-ishobora-kuba-icyorezo-fao
Hadutse indwara y’imyumbati ishobora kuba icyorezo – FAO
Ishami y’umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa ndetse n’ubuhinzi(FAO) rivuga ko indwara yitwa Cassava Brown Streak Disease (CBSD) ishobora kuba icyorezo. Ibyo babivuga bahereye ku kuba mu mwaka wa 2006 iyo ndwara yaragaragaye mu gihugu cya Uganda. Mu mezi make ashize kandi iyo ndwara yagaragaye mu Burundi no muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. FAO ivuga ko bigoye komenya aho iyo ndwara igeze kuko ititaweho bikomeye. Umwe mu bahagarariye FAO witwa Robson atangaza ko ikibazo gikomeye ari uko umuhinzi ashobora kugira ngo afite imyumbati myiza nyamara irwaye bitewe n’uko ibimenyetso by’iyi ndwara bigaragarira ku mizi gusa. FAO itangaza ko icyo kibazo giteye inkeke. Ngo ni ngombwa ko hafatwa ingamba zikomeye zo kuyirwanya kuko nta bwoko na bumwe bw’imyumbati buhabwa abahinzi bo muri Afrika bushobora guhangana n’iyo ndwara. FAO ivuga ko hari ingamba zishobora gufatwa maze iyo ndwara ntikomeze gukwira ahantu henshi. Muri izo ngamba harimo gucungira hafi ikwirakwizwa ry’imyumbati igomba guterwa ndetse no gukangurira abahinzi kurandura inyumbati babonye ko yafashwe n’iyi ndwara. Abahanga bo muri FAO bavuga ko bari gusiganwa n’igihe kugira ngo barwanye iyo virusi. Bakaba bahamagarira amahanga kubatera inkunga. Bakaba bifuza guha amahugurwa abahinzi ndetse no guhagarika ihanahana ry’icyo gihingwa kirwaye hagati y’uturere. Kuri ubu amoko umunani y’igihingwa cy’imyumbati ari kugeragezwa n’ikigo mpuzamahanga cyita ku buhinzi (International Institute of Tropical Agriculture). Ayo moko akaba ashobora guhangana n’iyo ndwara kuburyo mu myaka ibiri iri imbere ngo izatangwa ku bahinzi benshi. Imyumbati ni kimwe mu bihingwa bifitiye akamaro isi muri rusange. Kuburyo muri Afurika ho ifatiye runini abantu benshi kuko ntabwo ikangwa n’ubutaka butera cyangwa se imvura nke. BBC itangaza ko imyumbati ikunze kwibasirwa n’indwara zitandukanye zituma idatanga umusaruro ukwiye. Hari n’aho indwara ziyibasira ku buryo bitera inzara ikomeye. Uretse rero izo ndwara FAO ivuga ko hadutse indi virusi nayo yibasiye igihingwa cy’imyumbati mu karere k’Afrika y’iburasirazuba. Norbert NIYIZURUGERO
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/NAEB-na-SOPYRWA-bafashe-ingamba-zo-guteza-imbere-Ibireti
NAEB na SOPYRWA bafashe ingamba zo guteza imbere Ibireti
Umuyobozi wa NAEB, Ntakirutimana Corneille, avuga ko ibireti birimo gucika kubera imbuto itari nziza yakoreshwaga n’abahinzi. Avuga ko bagiye gushakira abaturage imbuto nziza y’ibireti izajya itanga umusaruro kurusha iyari isanzwe kandi idasaza vuba. Uretse gushaka imbuto year cyane, NAEB na SOPYRWA bafite gahunda yo guteza imbere iki gihingwa ku buso gihingwaho. Ikindi biyemeje ni ugushishikariza abaturage basanzwe bahinga iki gihingwa kurushaho gushyira ingufu mu buhinzi bwacyo. Nk’uko Ntakirutimana akomeza abisobanura, imbuto yakoreshwaga ni ibitsinsi by’ibireti kandi ntibitanga umusaruro ushimishije. Ibi bituma umusaruro ugenda urushaho kugabanuka kubera ko abahinzi bacika integer zo gukomeza guhinga ibitera. Ubuhinzi bw’ibireti buzajya bukorwa mu buryo bushya. Mu gihe mu bihe abahinzi bateraga ibitsinsi by’ibireti, ubu noneho uburyo bushya ni uguhumbika umurama hanyuma abahinzi bagatera ingemwe z’ibireti zivuye muri buhumbikiro. Ibireti bihinzwe muri ubu buryo bitanga umusaruro ukubye inshuro eshatu uw’ibiterwa ari ibitsinzi bitanga kandi bikaba bitanasaza vuba. NAEB yateguye gahunda yo gushakira abahinzi umurama w’ibireti ugera kuri toni 3 by’imbuto nziza. Si NAEB gusa yateguye uyu murama kuko na sosiyete nyarwanda itunganya umusaruro w’ibireti SOPYRWA yateguye umurama ungana n’ibiro 2000 ugomba guhumbikwa ugaterwa n’abahinzi mu rwego rwo kuzamura iki gihingwa. Kugeza ubu ubuso bw’ubutaka bugomba guterwaho ibireti bugera kuri hegitali 3000 mu Rwanda. Mu ntangiro z’ukwezi kwa 10 habaye umunsi w’abahinzi b’ibireti mu Rwanda. kuva muri uko kwezi, abaturage batangiye gufashwa guhumbika ingemwe nshya mu gihe bitegura guhinga. Ibireti ni kimwe mu bihingwa ngengabukungu bihingwa mu Rwanda. Gikunze kuboneka mu turere tw’imisozi miremire yo mu burengerazuba bw’u Rwanda ndetse no mu duce tw’imisozi y’amajyaruguru y’uburengerazuba. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/huye-abaturage-ntibarumva-akamaro-ko-guhuza-ubutaka
Huye: abaturage ntibarumva akamaro ko guhuza ubutaka
Iyo ugeze mu murenge wa Huye, ubona imirima itari mike ihinzemo ibihingwa bivanze. Hari aho usanga ibishyimbo, ibigori ndetse n’urutoki bihinze mu murima umwe. Kimwe n’abandi batuye muri uwo murenge umukecuru witwa Jeanne Kankindi yahinze igihingwa cy’imyumbati gusa muri iki gihembwe cy’ihinga. Avuga ko ubuyobozi bwababwiye ko iki gikorwa kizabafasha mu kongera umusaruro wabo ukomoka ku buhinzi ariko magingo ngo ntarumva aho umusaruro utubutse uzava bahinga igihingwa kimwe. Ubwo yaganiraga n’umunyamakuru wa kigali today Kankindi yagize ati : “Mbere nihingiraga ibijumba mu masaka ngashyiramo n’amateke ubwo habaga harimo n’urutoki. Nashoboraga gusarura imyaka y’ubwoko butandukanye mu gihe kimwe kandi mu murima umwe, sinzi rero niba imyumbati gusa izabasha kuntungira umuryango“. Nubwo Kankindi avuga ko yasaruraga imyaka itandukanye yemera ko umusaruro wabaga ari muke ntabashe kwihaza no gusagurira isoko. Akeka ko kutabona umusaruro uhagije biterwa no kudafumbira umurima we kkuko nta tungo afite. Umuyobozi ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu murenge wa Huye, Séraphine Kayitesi, avuga ko impamvu abaturage batabasha kubona umusaruro utubutse bituruka ahanini no kutumva akamaro ko guhinga igihingwa kimwe. Avuga ko umuturage bamwereka inzira nziza zo kugirango umusaruro we wiyongere ariko kubyumva bikagorana. Kayitesi yizeye ko bazabona amasoko y’imyaka abaturage bazeza. Avuga ko umuturage wahinze igihingwa kimwe abasha kugurisha ibyo yejeje akaba yabasha guhaha ibindi akeneye. Ati : “Nk’ubu umuturage wahinze ibigori akeza imifuka itanu ashobora kugurishamo itatu, akabasha kugura ibyo urugo rukeneye, akaba yanakwizigamira. Ashobora no kugurana na mugenzi we wahinze ibishyimbo cyangwa ikindi”. Abaturage bo mu murenge wa Huye bashishikarizwa guhinga igihingwa kimwe kugirango bungere umusaruro. Muri iki gihembwe cy’ihinga abaturage bahawe imbuto z’igihingwa cyatoranijwe bakanabahagarikira kugirango batazitera nabi cyangwa ngo bazivange n’indi myaka. Gerard GITOLI Mbabazi
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/inzoga-ikoze-mu-myumbati-yashyizwe-ku-isoko
Inzoga ikoze mu myumbati yashyizwe ku isoko
Inkuru dukesha BBC ivuga ko ubusanzwe hari abantu bari basanzwe bakora ibinyobwa bitandukanye bikoze mu myumati cyangwa mu bindi binyabijumba ariko ikibazo kikaba aruko ibyo binyobwa bishobora kugira ingaruka zirimo n’urupfu. Abahagarariye SABMiller batangaza ko inzoga bakoze nta kibazo izatera ku buzima bwa muntu. Iyo nzoga yakorewe mu gihugu cya Mozambique. Uru ruganda ruvuga ko buri mwaka bizajya bisaba toni ibihumbi mirongo ine z’imyumbati zo gukora iyo nzoga. Ibi byatumye bamwe mu bahinzi bavuga ko bizatuma inzara yiyongera muri Afurika kuko imyumbati ari kimwe mu bihingwa bifitiye akamaro kanini abanyafurika mu bijyanye n’imirire. Uruganda rwa SABMiller rukomoka mu Bwongereza; rwakoze umushinga wo guha akazi abahinzi barenga 1500 bahinga imirima myinshi y’imyumbati. Norbert NIYIZURUGERO
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/inzara-iragenda-igabanuka-mu-rwanda
Inzara iragenda igabanuka mu Rwanda
U Rwanda ruri mu bihugu 26 (Demokarasi ya Kongo, Burundi, Afrika y’epfo, Zambia, India, Sierra Leone, Ethiopia, Rwanda, Liberia, Tanzania, Guatemala, Nepal, Pakistan, Mozambique, Cambodia, Resotho, Vietnam, Kenya, Malawi, China, Brazil, Nigeria, Uganda, Gambia, Senegal na Ghana) byibasiwe n’ihindagurika ry’ikirere ariko ruza ku mwanya wa kane mu bihugu byafashe ingamba zihamye zo guhangana n’icyo bibazo no kugikemura. Nkuko Umuyobozi wa Action Aid mu Rwanda, Josephine Uwamariya, abitangaza mu rwego rwo gufasha abanyarwanda kurwanya inzara,umuryango Action Aid International wahisemo gufasha abagore bakora umwuga w’ubuhinzi mu Rwanda. Ubu ubushakashatsi bugaragaza ko abagore bagize 77% by’abantu bitabira ibikorwa by’ubuhinzi mu Rwanda. Ibi nibyo byatumye imbaraga nyinshi zishyirwa ku bagore mu rwego rwo kubafasha kuzamura umusaruro w’ubuhinzi kuko byagaragaye ko ari bo babwitabira kurusha abagabo mu Rwanda. Uwamariya yatangaje ko imbaraga z’abagore zitewe inkunga zagira icyo zitanga bityo umusaruro w’ubuhinzi ukiyongera; akaba ari imwe mu mpamvu zatuma inzara icika burundu mu Rwanda ndetse n’abaturage bakihaza mu biribwa. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/bugesera-nyuma-y-inzara-yaharanzwe-ubu-karahahira-utundi-turere
Bugesera: Nyuma y’inzara yaharanzwe ubu karahahira utundi turere
Mu myaka yashize cyane cyane umwaka w’2000, Akarere ka Bugesera kagaragayemo ikibazo cy’amapfa akabije, hari abantu bicwaga n’inzara abandi bagasuhuka. Muri iki gihe uhatembereye ushobora kugira ngo ni amateka cyangwa se ni amakabyankuru y’abantu, abenshi mu baturage hari bahatuye nibo bivugira ko nta kibazo cy’inzara kihaherutse. Niyonzima Joseph w’imyaka 45 utuye mu Murenge wa Nyamata, Akagari ka Maranyundo, amaze imyaka 16 muri aka Karere avuga ko inzara yatangiye kugaragara muri Bugesera mu mpera y’1999 ariko ikaza gukaza umurego mu mwaka w’2000. Avuga ko muri icyo gihe ibintu byose byari byarabuze kuva ku biryo mvaruganda kugeza ku bijumba bihingiraga. Agira ati “Umva ibijumba ari ibijumba, icyo gihe inaha byaribwaga n’umuntu ufite imodoka, ndakubwiza ukuri ko nta mukene wapfaga kubyigondera”. Niyonzima yongeraho ko impamvu yateraga ibyo byose ari uko izuba ryari ryaracanye ku buryo batirirwaga bahinga n’uwahinganga ntiyeze. Avuga ko icyo igihe ahantu hapfaga kwera ibijumba hari mu bishanga kandi byajyaga kubageraho byahenze. Yongeraho ko mu mwaka w’2000 abantu bishwe n’inzara ku buryo bukabije mu duce twa Gashora, Ngenda, Gahembe na Maranyundo aho abandi barasuhuka. Ati “icyo gihe abagabo benshi barahungaga kubera kubura icyo bagaburira imiryango yabo, naho abagore bakishyira mu migozi kubera kubura icyo bagaburira abana babo”. Mukanzaramba Feresita ni umugore w’imyaka 62 y’amavuko atuye mu Murenge wa Mayange, avuga ko ikintu cyaje kubarokora ari uko mu Bugesera haje imishinga imwe n’imwe igatangira kubaha imfashanyo z’ibiribwa. Agira ati : “Muri icyo gihe tutarabona imfashanyo uwo amahirwe yasekeraga yabonaga rukacarara. Icyo gihe twayitaga shira umuteto kuko mbere wasangaga hari abantu batarya umutsima w’amasaka”. Gusa abatuye muri aka gace bavuga ko ibintu bisa n’ibyasubiye mu buryo kuko ubu imyaka irera abantu bakabona ibiryo. Bavuga ko iyo ufite inoti y’igihumbi urya amanywa n’ijoro. Nyirabitanga Jolie nawe utuye mu Bugesera avuga ko ubu nta nzara ikiharangwa, ko ubu aka karere gahagaze neza, ku isoko ibintu biraboneka. Ibiboneka kurusha ibindi harimo imboga, ibishyimbo, imyumbati, inanasi, ibigori n’ibindi. Ugeze mu isoko rya Nyamata mu gice gicururizwamo imboga, abacuruzi bazo nabo bemeza ko imboga ziboneka ku bwinshi. Mukarwema Annonciata, umucuruzi muri iri soko rya Nyamata umaze imyaka igera kuri 7 acuruza, avuga ko ibicuruzwa byabonetse nyuma y’aho mbere gucuruza byasaga n’ibigoranye kubera ko baburaga aho barangurira. Agira ati : “Ibintu biriho. Ikibigaragaza ni uko inyanya, intoryi n’izindi kandi urabona ko na hano mu isoko abacuruza imboga babaye benshi kandi n’abo mu tundi Turere basigaye baza kurangura hano”. Aganira na kigalitoday.com Rwagaju Louis uyobora Akarere ka Bugesera avuga ko icyatumye inzara igabanuka muri aka karere ngo ni uko leta yafashe ingamba zo gutera ibiti n’amashyamba hirya no hino muri kariya gace. Avuga ko iterwa ry’ibiti ryatumye imvura itangira kugwa n’imyaka ikaboneraho gutangira kwera. Ati “Ubu hari ibicuruzwa abacuruzi b’ i Kigali baza kurangura inaha ndetse n‘ubu dufitanye ubuhahirane n’Intara ya Kirundo yo mu gihugu cy’u Burundi”. Yongeraho ko ibi byose babigezeho bakangurira abaturage gukora cyane guhinga, kuzigama no gukora imirimo itegamiye ku buhinzi gusa. Muri ako Karere hari igihe cyageze bitoroshye kubona n’igiti kubera izuba ryari ryarahibasiye, Umuntu yashoboraga no gusanga amatungo yapfiriye ku nzira kubera kubura ubwatsi n’amazi kuko hendaga kuba ubutayu. Egide Kayiranga
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/ikawa-n-icyayi-ibihingwa-bifitiye-runini-u-rwanda
Ikawa n’icyayi: ibihingwa bifitiye runini u Rwanda
Nk’uko Ntakirutimana Corneille, umuyobozi mukuru wungurije ushinzwe kuzamura umusaruro w’ibyoherezwa mu mahanga mu Rwanda mu kigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku byoherezwa mu mahanga( NAEB) abitangaza, ibi bihingwa nibyo byinjiza amadevize menshi ugereranije n’ibindi byoherezwa mu mahanga bivuye mu Rwanda. Ibi bihingwa kandi bigirira akamaro kanini umuhinzi wabyo kuko bimuzanira amafaranga. Kugeza ubu umuhinzi w’icyayi ahabwa amafaranga ijana ku kiro cy’amababi y’icyayi ari ku kigero cy’ubwiza kiri hagati ya 65% na 69%. Naho ku cyayi kiri ku bwiza bwa 70% kugeza ku 100% umuhinzi ahabwa amafaranga 105 ku kiro ariko hari n’inganda zimwe zishobora kuyarenza. Muri uyu mwaka igiciro cy’ikawa cyavuye ku mafaranga 200 ku kiro cy’ibitumbwe kigera ku mafaranga 350. Ibi bikaba biterwa n’uko igiciro cy’ikawa cyagiye kizamuka ku masoko mpuzamahanga. Amafaranga avuye muri ibi bihingwa afasha abahinzi kongera umusaruro ndetse no kwikenura kuko iyo umuhinzi aguriwe ku giciro cyiza nawe agira umwete wo kongera umusaruro kugira ngo yeze byinshi. Bimwe mu bihugu kawa ikunze kugurishwamo harimo leta zunze ubumwe z’Amarika,Ubuyapani ndetse na bimwe mu bihugu by’Iburayi. icyayi gikunze kubona amasoko mu bihugu by’Abayisiramu, iby’Abarabu ndetse na bimwe mu bihugu by’Iburayi. Nk’uko Corneille aritangaza, Abanyarwanda ntibitabira cyane kunywa icyayi n’ikawa. Avuga ko Abanyanyarwanda bakwiriye kuba isoko ry’ibyo beza ntibatege amasoko ku banyamahanga gusa. Umwaka ushize umusaruro w’icyayi woherejwe hanze urenga toni 21.000 zinjije akayabo kagera kuri miliyoni 56 z’amadorari y’Amerika. Umusaruro wa Kawa woherejwe hanze ugera kuri toni 17.000 zinjije miliyoni 55 z’amadorari y’Amerika. Corneille avuga ko ibi bihingwa bifasha cyane igihugu kuko bituma ubukungu bw’igihugu kuzamuka ndetse bigatuma u Rwanda rugira ijambo ku rwego mpuzamahanga. Aya madevize kandi afasha u Rwanda kugura ibicuruzwa rukura hanze rudahenzwe. Avuga ko u Rwanda rweza umusaruro muke ugereranyije n’ibihugu duturanye ariko ko icyari n’ikawa by’u Rwanda bifite uburyohe kurusha ibyo muri ibyo bihugu. Nk’uko Ntakirutimana Corneille yabidutangarije, ikawa zihingwa hafi mu gihugu hose ariko zibanze cyane mu Ntara y’Amajyepfo ndetse n’iy’Iburengerazuba kuko ariho hari ubuso bunini bw’iki gihingwa. Icyayi cyo kibanze ahanini mu Ntara y’Uburengerazuba mu misozi miremire y’isunzu rya Congo Nil ndetse n’iy’Amajyepfo y’u Rwanda cyane mu turere twa Nyaruguru na Nyamagabe. Mu ntara y’Iburengerazuba hari inganda esheshatu hakaba hanateganywa kubakwa izindi nganda eshatu mu rwego rwo kuzamura ubwiza bw’umusaruro w’icyayi. Mu Ntara y’Amajyaruguru hari inganda z’icyayi nka Mulindi muri Gicumbi na Sorwathe mu karere ka Rulindo. Mu rwego rwo kongera umusaruro uturuka kuri ibyo bihingwa ndetse n’ibindi byoherezwa mu mahanga (imboga, imbuto n’ibireti), harateganywa kongerwa ubuso bihingwaho mu gihugu hose. Urugero: mu ntara y’Amajyepfo n’iy’Iburengerazuba hegitali 2545 ziziyongera kuri hegitali 19000 zisanzwe ku cyayi; hari ubutaka bwo muri Gishwati bugera kuri hegitali 12000 bugahingwaho icyayi. Ikawa yo hakazongerwaho hegitali 7100 ku zahingwaga. Iyi gahunda ikazakorwa muri uyu mwaka wa 2011-2012. Abaturage bakaba basabwa kuzitabira guhinga ibi bihingwa mu rwego rwo kurushaho kwizamura no kuzamura umusaruro w’ibyoherezwa mu mahanga muri rusange. Imboga, imbuto ndetse n’ibireti nabyo bizongererwa ubuso ndetse cyane mu Ntara y’amajyaruguru ndetse no mu Ntara y’uburengerazuba bw’amajyaruguru. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/Igihembwe-cy-ihinga-cya-2012-A-kizagira-imvura-ihagije-muri-rusange-Twahirwa
Igihembwe cy’ihinga cya 2012 (A) kizagira imvura ihagije muri rusange: Twahirwa Antoine
Iyi mvura izagwa mu buryo buhagije mu gihe cy’amezi 3 nk’uko isesengura ry’ibipimo byakozwe na Service y’ubumenyi bw’ikirere ryabyerekanye. Gusa ngo mu turere tumwe na tumwe imvura izagwa ariko igende igabanuka uko ibihe bizagenda bishira. Tumwe mu turere tuzabonekamo imvura nyinshi kurusha utundi cyane mu turere tw’imisozi miremire cyane mu majyaruguru n’igice kimwe cy’intara y’Iburengerazuba. Ibi bikaba byaratangajwe n’umuyobozi wa Service y’iteganyagihe muri Service y’ubumenyi bw’ikirere Twahirwa Antoine. Muri turere tuzabonekamo imvura nyinshi harimo Gicumbi, Burera, Musanze, Ngororero, Nyabihu, Nyaruguru, Nyanza, Muhanga, Kamonyi, Nyamagabe, Huye, Ruhango, Rubavu, Gakenke na Rulindo. Icyakora mu Ntara y’iburasirazuba ,kubera uko hateye,kuba hatagira imisozi ifata imiyaga ifite ubuhehere bw’umwuka bityo bigatuma ihuhwa n’umuyaga ikigira ahandi, ngo ni nayo mpamvu hadakunze kuboneka imvura nyinshi nk’ahandi mu Rwanda. Gusa ngo imvura ubu izagwayo ihagije, ariko izagenda igabanuka uko izagenda igwa, ibi bikaba bidakwiye gutera impungenge abazakora imirimo itandukanye . Tumwe mu turere tuzagwamo imvura ihagije ariko ikazagenda igabanuka uko izagenda igwa,harimo Rusizi, Nyamasheke, Karongi, Rutsiro, Rubavu, Nyagatare, Ngoma, Kirehe, Rwamagana, Gatsibo, Kayonza, Bugesera, Gasabo, Kicukiro, Nyarugenge ndetse na Gisagara. Twinshi muri utu turere tukaba ari utw’intara y’iburasirazuba kubera imiterere yayo. Gusa ngo iteganyagihe risesengura ibipimo by’imvura bafite hanyuma bakabigeza kuri Minisiteri ifite ubuhinzi n’ubworozi mu nshingano zayo, ari nayo igira abahinzi inama y’ibyo bahinga bitewe n’ibihe by’imvura biriho. Kugeza ubu mu Ntara zitandukanye ubuhinzi bukaba bwaritabiriwe ku buryo bushimishije, ndetse iki gihembwe cy’ihinga cya 2012 (A) kikaba kirimo kugenda neza nk’uko Musabyimana Innocent, umuyobozi mukuru ushinzwe iby’ubuhinzi mu kigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi (RAB) abitangaza. Yongeraho ko ugereranije n’uko intara zagiye zitabira ubuhinzi mu ntara y’iburengerazuba bageze hafi kuri 80% batera , mu Majyaruguru bageze kuri 90% y’ubutaka bugomba guhingwa no guterwa ,mu Burasirazuba ho bageze kuri 60% naho mu majyepfo bakaba bageze kuri 50%. Impamvu mu majyepfo bari bakiri hasi Musabyimana avuga ko imvura yaguye itinze ku buryo ubutaka bwari butarasoma. Ikindi usanga abafite ubutaka bunini bagenda baba hirya no hino mu migi kuburyo baba batabwegereye ngo bahite babuhinga. Iyi mibare y’aho abaturage bageze bahinga ikaba ishobora guhinduka nk’uko Musabyimana abivuga kuko bashyize ingufu nyinshi mu kubakangurira guhinga hakiri kare imvura ikiriho. Uturere twa Nyanza,Kamonyi na Muhanga mu Ntara y’Amajyepfo tukaba ari two twari turi inyuma ugereranije n’utundi mu kwitabira gahunda y’ubuhinzi. Abahinzi b’Intara y’Iburasirazuba bakaba bakangurirwa n’ikigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi guhinga vuba kuko agace k’uburasirazuba imvura ikunze gucika mbere muri ako gace nk’uko Musabyimana yabitangaje. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/Ibura-ry-amasoko-y-ibihingwa-nka-Macadamia-Moringa-na-Jatrofa-biteje-igihombo
Ibura ry’amasoko y’ibihingwa nka Macadamia,Moringa na Jatrofa biteje igihombo abahinzi.
Mutibagirana okomeza avuga ko batangiye kubihinga babishishikarijwe na Leta ndetse bizezwa ko bazabona n’amasoko. Mu mwaka wa 2006 batangiye kubona umusaruro wabyo ariko kugeza ubu nta masoko barabona ku buryo bamwe bakiwubitse abandi bacitse intege kuko bari barashoyemo amafaranga bakaba babifata nk’igihombo. Bamwe muri abo bahinzi batangiye gutema ibiti by’ubu bwoko bw’ibihingwa kuko nubwo bitanga umusaruro nta masoko bifite. Mutibagirana Evariste,avuga ko urugemwe rumwe gusa rwa Macadamia baruguraga amafaranga agera ku gihumbi. Mutibagirana:umwe mu bahombejwe n’ibi bihingwa umuhinzi mworozi w’intangarugero mu Rwanda no mu Karere ka Rwamagana, akaba atuye mu murenge wa Karenge. Azwiho kuba ari umuhinzi wa mbere mu Rwanda ku buhinzi bw’ibitoki biribwa bizwi ku izina ry’injagi ndetse n’ubuhinzi bw’imyumbati. Ubu ageze ku gitoki kimwe gipima ibiro 156 n’umwumbati umwe upima ibiro 150. Yegukanye igikombe cy’umuhinzi witwaye neza mu Rwanda mu buhinzi bw’imyumbati n’urutoki mu mwaka wa 2009 agihawe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame. Nubwo ariko Mutibagirana afite ubuhinzi buteye imbere atyo,avuga ko nawe yahinze Moringa ndetse na Macadamia mu bahinzi ba mbere babihinze.Ubu buhinzi avuga ko babukoze babushishikarijwe na Leta babwirwa ko bazabona amasoko. Bikaba byaratumye nawe arushaho gushishikariza abandi baturanye guhinga Macadamia na Moringa ku buryo we ubwe yahise anitabira gutubura imbuto za Macadamia kugirango zigere ku baturage baturanye ari nyinshi kuko zabonekaga gusa ahitwa muri Rugende kwa Paki. Mu mwaka wa 2006, nibwo ibihingwa nka Moringa na Macadamia byatangiye gutanga umusaruro. Icyakora ngo nta masoko bigeze babona yabyo. Ibyo byatumye bacika intege kuburyo hari n’abahise babitema kuko benshi babihingaga ahari indi myaka nk’urutoki bakayirandura nk’uko Ufitinema Ferdinand umwe mu bahinzi ba Macadamia unatubura imbuto mu gishanga cya Rugende yabitangaje. Mutibagirana Evariste,kugeza ubu avuga ko abitse ibiro 300 bya Moringa yaburiye isoko kuva mumyaka itanu ishize, hakaba hari nabagenzi be azi bafite ibiro birenga 1000. Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cyita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga (NAEB) arahumuriza abahinzi b’ibi bihingwa Kuri iki kibazo cy’amasoko y’ibihingwa nka Macadamia,Jatrofa na Moringa, umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cyita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga NAEB, Kanyankore Alexis avuga ko gushakisha amasoko y’ibi bihingwa bikiri mu nyigo. Yongeraho ko harimo gushakwa Rwiyemezamirimo washyiraho uruganda rwajya rutunganya umusaruro wa Macadamia,bityo nyuma yaho hakaba hakusanywa umusaruro wazo ugatunganywa. Ibyo bizatuma umusaruro wazo utunganije uhabwa agaciro kurusha uko waba umeze udatunganije. Kanyankore,yanavuze ko mu gihe cy’umwaka 1 bateganya ko Rwiyemezamirimo washyiraho uruganda rutunganya umusaruro wa Macadamia yaba yabonetse. Umuyobozi wa NAEB Kanyankore Alexis, yongeraho ko igihe umusaruro wa Macadamia uzaba watunganijwe uzabona amasoko,hirya no hino haba mu mahoteri, mu ma resitora no mu ma supermarché.Gusa ngo abafite umusaruro w’ibyo bihingwa bakaba bakwegera ikigo cy’igihugu kita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga (NAEB) kikaba cyabibafashamo igihe bazaba berekana umusaruro bafite. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/gira-inka-munyarwanda-umwe-mu-mihigo-cy-icyerekezo-2020
GIRA INKA MUNYARWANDA: UMWE MU MIHIGO CY’ICYEREKEZO 2020
Zimwe mu ntego z’iyi gahunda zijyanye n’icyerekezo 2020 urwanda rwihaye, harimo gufasha imiryango itishoboye kubasha kugira icyororo muri gahunda yo kurwanya ubukene n’indwara zituruka kumirire mibi; kwongera umusaruro uturuka kumatungo nk’amata n’ibiyakomokaho, nk’inyama…; gufasha abanyarwanda kubona ifumbire ndetse no kwagura umubano mu muco mwiza wo kugabirana inka mubanyarwanda… Gahunda ya gira inka munyarwanda igizwe n’ibyiciro bibiri ari byo:gira inka ngabirano na gira inka nguzanyo. Muri gahunda ya gira inka ngabirano imiryago icyennye izajya ihabwa inka kubuntu hanyuma uko izagenda yororoka nayo izagende yoroza abaturanyi bityo bityo… naho muri gahunda ya gira inka nguzanyo hazafashwa umuryango wujuje ibisabwa kuzahabwa inguzanyo kugirango ubashe kugura inka yo kworora. muri ibyo bisabwa harimo kuba harateguye ibiraro bijyanye n’ubworozi bwa kijyambere ,kubauyihabwa afite imirima y’ubwatsi buzatunga iyo inka … Kugeza ubu aho iyi gahunda yageze batangiye kuragizanya, kworoza abandi no kuziturirana ,abana baranywa amata… aha twavuga nko mukarere ka kamonyi mu ntara y’amajyepfo no muri rwamagana mu ntara y’uburasira zuba aho kuwa 2 ukwakira imiryango igera kuri 40 yahawe inka igabiwe n’abandi banyarwanda. Ubusanzwe hateganijwe kworozwa imiryango igera kuri 257 000 ikennye kurusha indi mu gihugu hose kugeza ubu hakaba hamaze kworozwa imiryango 92 000. Marie Josée IKIBASUMBA
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/hadutse-indwara-y-imyumbati-ishobora-kuba-icyorezo-fao
Hadutse indwara y’imyumbati ishobora kuba icyorezo – FAO
Ishami y’umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa ndetse n’ubuhinzi(FAO) rivuga ko indwara yitwa Cassava Brown Streak Disease (CBSD) ishobora kuba icyorezo. Ibyo babivuga bahereye ku kuba mu mwaka wa 2006 iyo ndwara yaragaragaye mu gihugu cya Uganda. Mu mezi make ashize kandi iyo ndwara yagaragaye mu Burundi no muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. FAO ivuga ko bigoye komenya aho iyo ndwara igeze kuko ititaweho bikomeye. Umwe mu bahagarariye FAO witwa Robson atangaza ko ikibazo gikomeye ari uko umuhinzi ashobora kugira ngo afite imyumbati myiza nyamara irwaye bitewe n’uko ibimenyetso by’iyi ndwara bigaragarira ku mizi gusa. FAO itangaza ko icyo kibazo giteye inkeke. Ngo ni ngombwa ko hafatwa ingamba zikomeye zo kuyirwanya kuko nta bwoko na bumwe bw’imyumbati buhabwa abahinzi bo muri Afrika bushobora guhangana n’iyo ndwara. FAO ivuga ko hari ingamba zishobora gufatwa maze iyo ndwara ntikomeze gukwira ahantu henshi. Muri izo ngamba harimo gucungira hafi ikwirakwizwa ry’imyumbati igomba guterwa ndetse no gukangurira abahinzi kurandura inyumbati babonye ko yafashwe n’iyi ndwara. Abahanga bo muri FAO bavuga ko bari gusiganwa n’igihe kugira ngo barwanye iyo virusi. Bakaba bahamagarira amahanga kubatera inkunga. Bakaba bifuza guha amahugurwa abahinzi ndetse no guhagarika ihanahana ry’icyo gihingwa kirwaye hagati y’uturere. Kuri ubu amoko umunani y’igihingwa cy’imyumbati ari kugeragezwa n’ikigo mpuzamahanga cyita ku buhinzi (International Institute of Tropical Agriculture). Ayo moko akaba ashobora guhangana n’iyo ndwara kuburyo mu myaka ibiri iri imbere ngo izatangwa ku bahinzi benshi. Imyumbati ni kimwe mu bihingwa bifitiye akamaro isi muri rusange. Kuburyo muri Afurika ho ifatiye runini abantu benshi kuko ntabwo ikangwa n’ubutaka butera cyangwa se imvura nke. BBC itangaza ko imyumbati ikunze kwibasirwa n’indwara zitandukanye zituma idatanga umusaruro ukwiye. Hari n’aho indwara ziyibasira ku buryo bitera inzara ikomeye. Uretse rero izo ndwara FAO ivuga ko hadutse indi virusi nayo yibasiye igihingwa cy’imyumbati mu karere k’Afrika y’iburasirazuba. Norbert NIYIZURUGERO
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/NAEB-na-SOPYRWA-bafashe-ingamba-zo-guteza-imbere-Ibireti
NAEB na SOPYRWA bafashe ingamba zo guteza imbere Ibireti
Umuyobozi wa NAEB, Ntakirutimana Corneille, avuga ko ibireti birimo gucika kubera imbuto itari nziza yakoreshwaga n’abahinzi. Avuga ko bagiye gushakira abaturage imbuto nziza y’ibireti izajya itanga umusaruro kurusha iyari isanzwe kandi idasaza vuba. Uretse gushaka imbuto year cyane, NAEB na SOPYRWA bafite gahunda yo guteza imbere iki gihingwa ku buso gihingwaho. Ikindi biyemeje ni ugushishikariza abaturage basanzwe bahinga iki gihingwa kurushaho gushyira ingufu mu buhinzi bwacyo. Nk’uko Ntakirutimana akomeza abisobanura, imbuto yakoreshwaga ni ibitsinsi by’ibireti kandi ntibitanga umusaruro ushimishije. Ibi bituma umusaruro ugenda urushaho kugabanuka kubera ko abahinzi bacika integer zo gukomeza guhinga ibitera. Ubuhinzi bw’ibireti buzajya bukorwa mu buryo bushya. Mu gihe mu bihe abahinzi bateraga ibitsinsi by’ibireti, ubu noneho uburyo bushya ni uguhumbika umurama hanyuma abahinzi bagatera ingemwe z’ibireti zivuye muri buhumbikiro. Ibireti bihinzwe muri ubu buryo bitanga umusaruro ukubye inshuro eshatu uw’ibiterwa ari ibitsinzi bitanga kandi bikaba bitanasaza vuba. NAEB yateguye gahunda yo gushakira abahinzi umurama w’ibireti ugera kuri toni 3 by’imbuto nziza. Si NAEB gusa yateguye uyu murama kuko na sosiyete nyarwanda itunganya umusaruro w’ibireti SOPYRWA yateguye umurama ungana n’ibiro 2000 ugomba guhumbikwa ugaterwa n’abahinzi mu rwego rwo kuzamura iki gihingwa. Kugeza ubu ubuso bw’ubutaka bugomba guterwaho ibireti bugera kuri hegitali 3000 mu Rwanda. Mu ntangiro z’ukwezi kwa 10 habaye umunsi w’abahinzi b’ibireti mu Rwanda. kuva muri uko kwezi, abaturage batangiye gufashwa guhumbika ingemwe nshya mu gihe bitegura guhinga. Ibireti ni kimwe mu bihingwa ngengabukungu bihingwa mu Rwanda. Gikunze kuboneka mu turere tw’imisozi miremire yo mu burengerazuba bw’u Rwanda ndetse no mu duce tw’imisozi y’amajyaruguru y’uburengerazuba. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/huye-abaturage-ntibarumva-akamaro-ko-guhuza-ubutaka
Huye: abaturage ntibarumva akamaro ko guhuza ubutaka
Iyo ugeze mu murenge wa Huye, ubona imirima itari mike ihinzemo ibihingwa bivanze. Hari aho usanga ibishyimbo, ibigori ndetse n’urutoki bihinze mu murima umwe. Kimwe n’abandi batuye muri uwo murenge umukecuru witwa Jeanne Kankindi yahinze igihingwa cy’imyumbati gusa muri iki gihembwe cy’ihinga. Avuga ko ubuyobozi bwababwiye ko iki gikorwa kizabafasha mu kongera umusaruro wabo ukomoka ku buhinzi ariko magingo ngo ntarumva aho umusaruro utubutse uzava bahinga igihingwa kimwe. Ubwo yaganiraga n’umunyamakuru wa kigali today Kankindi yagize ati : “Mbere nihingiraga ibijumba mu masaka ngashyiramo n’amateke ubwo habaga harimo n’urutoki. Nashoboraga gusarura imyaka y’ubwoko butandukanye mu gihe kimwe kandi mu murima umwe, sinzi rero niba imyumbati gusa izabasha kuntungira umuryango“. Nubwo Kankindi avuga ko yasaruraga imyaka itandukanye yemera ko umusaruro wabaga ari muke ntabashe kwihaza no gusagurira isoko. Akeka ko kutabona umusaruro uhagije biterwa no kudafumbira umurima we kkuko nta tungo afite. Umuyobozi ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu murenge wa Huye, Séraphine Kayitesi, avuga ko impamvu abaturage batabasha kubona umusaruro utubutse bituruka ahanini no kutumva akamaro ko guhinga igihingwa kimwe. Avuga ko umuturage bamwereka inzira nziza zo kugirango umusaruro we wiyongere ariko kubyumva bikagorana. Kayitesi yizeye ko bazabona amasoko y’imyaka abaturage bazeza. Avuga ko umuturage wahinze igihingwa kimwe abasha kugurisha ibyo yejeje akaba yabasha guhaha ibindi akeneye. Ati : “Nk’ubu umuturage wahinze ibigori akeza imifuka itanu ashobora kugurishamo itatu, akabasha kugura ibyo urugo rukeneye, akaba yanakwizigamira. Ashobora no kugurana na mugenzi we wahinze ibishyimbo cyangwa ikindi”. Abaturage bo mu murenge wa Huye bashishikarizwa guhinga igihingwa kimwe kugirango bungere umusaruro. Muri iki gihembwe cy’ihinga abaturage bahawe imbuto z’igihingwa cyatoranijwe bakanabahagarikira kugirango batazitera nabi cyangwa ngo bazivange n’indi myaka. Gerard GITOLI Mbabazi
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/inzoga-ikoze-mu-myumbati-yashyizwe-ku-isoko
Inzoga ikoze mu myumbati yashyizwe ku isoko
Inkuru dukesha BBC ivuga ko ubusanzwe hari abantu bari basanzwe bakora ibinyobwa bitandukanye bikoze mu myumati cyangwa mu bindi binyabijumba ariko ikibazo kikaba aruko ibyo binyobwa bishobora kugira ingaruka zirimo n’urupfu. Abahagarariye SABMiller batangaza ko inzoga bakoze nta kibazo izatera ku buzima bwa muntu. Iyo nzoga yakorewe mu gihugu cya Mozambique. Uru ruganda ruvuga ko buri mwaka bizajya bisaba toni ibihumbi mirongo ine z’imyumbati zo gukora iyo nzoga. Ibi byatumye bamwe mu bahinzi bavuga ko bizatuma inzara yiyongera muri Afurika kuko imyumbati ari kimwe mu bihingwa bifitiye akamaro kanini abanyafurika mu bijyanye n’imirire. Uruganda rwa SABMiller rukomoka mu Bwongereza; rwakoze umushinga wo guha akazi abahinzi barenga 1500 bahinga imirima myinshi y’imyumbati. Norbert NIYIZURUGERO
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/inzara-iragenda-igabanuka-mu-rwanda
Inzara iragenda igabanuka mu Rwanda
U Rwanda ruri mu bihugu 26 (Demokarasi ya Kongo, Burundi, Afrika y’epfo, Zambia, India, Sierra Leone, Ethiopia, Rwanda, Liberia, Tanzania, Guatemala, Nepal, Pakistan, Mozambique, Cambodia, Resotho, Vietnam, Kenya, Malawi, China, Brazil, Nigeria, Uganda, Gambia, Senegal na Ghana) byibasiwe n’ihindagurika ry’ikirere ariko ruza ku mwanya wa kane mu bihugu byafashe ingamba zihamye zo guhangana n’icyo bibazo no kugikemura. Nkuko Umuyobozi wa Action Aid mu Rwanda, Josephine Uwamariya, abitangaza mu rwego rwo gufasha abanyarwanda kurwanya inzara,umuryango Action Aid International wahisemo gufasha abagore bakora umwuga w’ubuhinzi mu Rwanda. Ubu ubushakashatsi bugaragaza ko abagore bagize 77% by’abantu bitabira ibikorwa by’ubuhinzi mu Rwanda. Ibi nibyo byatumye imbaraga nyinshi zishyirwa ku bagore mu rwego rwo kubafasha kuzamura umusaruro w’ubuhinzi kuko byagaragaye ko ari bo babwitabira kurusha abagabo mu Rwanda. Uwamariya yatangaje ko imbaraga z’abagore zitewe inkunga zagira icyo zitanga bityo umusaruro w’ubuhinzi ukiyongera; akaba ari imwe mu mpamvu zatuma inzara icika burundu mu Rwanda ndetse n’abaturage bakihaza mu biribwa. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/bugesera-nyuma-y-inzara-yaharanzwe-ubu-karahahira-utundi-turere
Bugesera: Nyuma y’inzara yaharanzwe ubu karahahira utundi turere
Mu myaka yashize cyane cyane umwaka w’2000, Akarere ka Bugesera kagaragayemo ikibazo cy’amapfa akabije, hari abantu bicwaga n’inzara abandi bagasuhuka. Muri iki gihe uhatembereye ushobora kugira ngo ni amateka cyangwa se ni amakabyankuru y’abantu, abenshi mu baturage hari bahatuye nibo bivugira ko nta kibazo cy’inzara kihaherutse. Niyonzima Joseph w’imyaka 45 utuye mu Murenge wa Nyamata, Akagari ka Maranyundo, amaze imyaka 16 muri aka Karere avuga ko inzara yatangiye kugaragara muri Bugesera mu mpera y’1999 ariko ikaza gukaza umurego mu mwaka w’2000. Avuga ko muri icyo gihe ibintu byose byari byarabuze kuva ku biryo mvaruganda kugeza ku bijumba bihingiraga. Agira ati “Umva ibijumba ari ibijumba, icyo gihe inaha byaribwaga n’umuntu ufite imodoka, ndakubwiza ukuri ko nta mukene wapfaga kubyigondera”. Niyonzima yongeraho ko impamvu yateraga ibyo byose ari uko izuba ryari ryaracanye ku buryo batirirwaga bahinga n’uwahinganga ntiyeze. Avuga ko icyo igihe ahantu hapfaga kwera ibijumba hari mu bishanga kandi byajyaga kubageraho byahenze. Yongeraho ko mu mwaka w’2000 abantu bishwe n’inzara ku buryo bukabije mu duce twa Gashora, Ngenda, Gahembe na Maranyundo aho abandi barasuhuka. Ati “icyo gihe abagabo benshi barahungaga kubera kubura icyo bagaburira imiryango yabo, naho abagore bakishyira mu migozi kubera kubura icyo bagaburira abana babo”. Mukanzaramba Feresita ni umugore w’imyaka 62 y’amavuko atuye mu Murenge wa Mayange, avuga ko ikintu cyaje kubarokora ari uko mu Bugesera haje imishinga imwe n’imwe igatangira kubaha imfashanyo z’ibiribwa. Agira ati : “Muri icyo gihe tutarabona imfashanyo uwo amahirwe yasekeraga yabonaga rukacarara. Icyo gihe twayitaga shira umuteto kuko mbere wasangaga hari abantu batarya umutsima w’amasaka”. Gusa abatuye muri aka gace bavuga ko ibintu bisa n’ibyasubiye mu buryo kuko ubu imyaka irera abantu bakabona ibiryo. Bavuga ko iyo ufite inoti y’igihumbi urya amanywa n’ijoro. Nyirabitanga Jolie nawe utuye mu Bugesera avuga ko ubu nta nzara ikiharangwa, ko ubu aka karere gahagaze neza, ku isoko ibintu biraboneka. Ibiboneka kurusha ibindi harimo imboga, ibishyimbo, imyumbati, inanasi, ibigori n’ibindi. Ugeze mu isoko rya Nyamata mu gice gicururizwamo imboga, abacuruzi bazo nabo bemeza ko imboga ziboneka ku bwinshi. Mukarwema Annonciata, umucuruzi muri iri soko rya Nyamata umaze imyaka igera kuri 7 acuruza, avuga ko ibicuruzwa byabonetse nyuma y’aho mbere gucuruza byasaga n’ibigoranye kubera ko baburaga aho barangurira. Agira ati : “Ibintu biriho. Ikibigaragaza ni uko inyanya, intoryi n’izindi kandi urabona ko na hano mu isoko abacuruza imboga babaye benshi kandi n’abo mu tundi Turere basigaye baza kurangura hano”. Aganira na kigalitoday.com Rwagaju Louis uyobora Akarere ka Bugesera avuga ko icyatumye inzara igabanuka muri aka karere ngo ni uko leta yafashe ingamba zo gutera ibiti n’amashyamba hirya no hino muri kariya gace. Avuga ko iterwa ry’ibiti ryatumye imvura itangira kugwa n’imyaka ikaboneraho gutangira kwera. Ati “Ubu hari ibicuruzwa abacuruzi b’ i Kigali baza kurangura inaha ndetse n‘ubu dufitanye ubuhahirane n’Intara ya Kirundo yo mu gihugu cy’u Burundi”. Yongeraho ko ibi byose babigezeho bakangurira abaturage gukora cyane guhinga, kuzigama no gukora imirimo itegamiye ku buhinzi gusa. Muri ako Karere hari igihe cyageze bitoroshye kubona n’igiti kubera izuba ryari ryarahibasiye, Umuntu yashoboraga no gusanga amatungo yapfiriye ku nzira kubera kubura ubwatsi n’amazi kuko hendaga kuba ubutayu. Egide Kayiranga
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/ikawa-n-icyayi-ibihingwa-bifitiye-runini-u-rwanda
Ikawa n’icyayi: ibihingwa bifitiye runini u Rwanda
Nk’uko Ntakirutimana Corneille, umuyobozi mukuru wungurije ushinzwe kuzamura umusaruro w’ibyoherezwa mu mahanga mu Rwanda mu kigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku byoherezwa mu mahanga( NAEB) abitangaza, ibi bihingwa nibyo byinjiza amadevize menshi ugereranije n’ibindi byoherezwa mu mahanga bivuye mu Rwanda. Ibi bihingwa kandi bigirira akamaro kanini umuhinzi wabyo kuko bimuzanira amafaranga. Kugeza ubu umuhinzi w’icyayi ahabwa amafaranga ijana ku kiro cy’amababi y’icyayi ari ku kigero cy’ubwiza kiri hagati ya 65% na 69%. Naho ku cyayi kiri ku bwiza bwa 70% kugeza ku 100% umuhinzi ahabwa amafaranga 105 ku kiro ariko hari n’inganda zimwe zishobora kuyarenza. Muri uyu mwaka igiciro cy’ikawa cyavuye ku mafaranga 200 ku kiro cy’ibitumbwe kigera ku mafaranga 350. Ibi bikaba biterwa n’uko igiciro cy’ikawa cyagiye kizamuka ku masoko mpuzamahanga. Amafaranga avuye muri ibi bihingwa afasha abahinzi kongera umusaruro ndetse no kwikenura kuko iyo umuhinzi aguriwe ku giciro cyiza nawe agira umwete wo kongera umusaruro kugira ngo yeze byinshi. Bimwe mu bihugu kawa ikunze kugurishwamo harimo leta zunze ubumwe z’Amarika,Ubuyapani ndetse na bimwe mu bihugu by’Iburayi. icyayi gikunze kubona amasoko mu bihugu by’Abayisiramu, iby’Abarabu ndetse na bimwe mu bihugu by’Iburayi. Nk’uko Corneille aritangaza, Abanyarwanda ntibitabira cyane kunywa icyayi n’ikawa. Avuga ko Abanyanyarwanda bakwiriye kuba isoko ry’ibyo beza ntibatege amasoko ku banyamahanga gusa. Umwaka ushize umusaruro w’icyayi woherejwe hanze urenga toni 21.000 zinjije akayabo kagera kuri miliyoni 56 z’amadorari y’Amerika. Umusaruro wa Kawa woherejwe hanze ugera kuri toni 17.000 zinjije miliyoni 55 z’amadorari y’Amerika. Corneille avuga ko ibi bihingwa bifasha cyane igihugu kuko bituma ubukungu bw’igihugu kuzamuka ndetse bigatuma u Rwanda rugira ijambo ku rwego mpuzamahanga. Aya madevize kandi afasha u Rwanda kugura ibicuruzwa rukura hanze rudahenzwe. Avuga ko u Rwanda rweza umusaruro muke ugereranyije n’ibihugu duturanye ariko ko icyari n’ikawa by’u Rwanda bifite uburyohe kurusha ibyo muri ibyo bihugu. Nk’uko Ntakirutimana Corneille yabidutangarije, ikawa zihingwa hafi mu gihugu hose ariko zibanze cyane mu Ntara y’Amajyepfo ndetse n’iy’Iburengerazuba kuko ariho hari ubuso bunini bw’iki gihingwa. Icyayi cyo kibanze ahanini mu Ntara y’Uburengerazuba mu misozi miremire y’isunzu rya Congo Nil ndetse n’iy’Amajyepfo y’u Rwanda cyane mu turere twa Nyaruguru na Nyamagabe. Mu ntara y’Iburengerazuba hari inganda esheshatu hakaba hanateganywa kubakwa izindi nganda eshatu mu rwego rwo kuzamura ubwiza bw’umusaruro w’icyayi. Mu Ntara y’Amajyaruguru hari inganda z’icyayi nka Mulindi muri Gicumbi na Sorwathe mu karere ka Rulindo. Mu rwego rwo kongera umusaruro uturuka kuri ibyo bihingwa ndetse n’ibindi byoherezwa mu mahanga (imboga, imbuto n’ibireti), harateganywa kongerwa ubuso bihingwaho mu gihugu hose. Urugero: mu ntara y’Amajyepfo n’iy’Iburengerazuba hegitali 2545 ziziyongera kuri hegitali 19000 zisanzwe ku cyayi; hari ubutaka bwo muri Gishwati bugera kuri hegitali 12000 bugahingwaho icyayi. Ikawa yo hakazongerwaho hegitali 7100 ku zahingwaga. Iyi gahunda ikazakorwa muri uyu mwaka wa 2011-2012. Abaturage bakaba basabwa kuzitabira guhinga ibi bihingwa mu rwego rwo kurushaho kwizamura no kuzamura umusaruro w’ibyoherezwa mu mahanga muri rusange. Imboga, imbuto ndetse n’ibireti nabyo bizongererwa ubuso ndetse cyane mu Ntara y’amajyaruguru ndetse no mu Ntara y’uburengerazuba bw’amajyaruguru. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/Igihembwe-cy-ihinga-cya-2012-A-kizagira-imvura-ihagije-muri-rusange-Twahirwa
Igihembwe cy’ihinga cya 2012 (A) kizagira imvura ihagije muri rusange: Twahirwa Antoine
Iyi mvura izagwa mu buryo buhagije mu gihe cy’amezi 3 nk’uko isesengura ry’ibipimo byakozwe na Service y’ubumenyi bw’ikirere ryabyerekanye. Gusa ngo mu turere tumwe na tumwe imvura izagwa ariko igende igabanuka uko ibihe bizagenda bishira. Tumwe mu turere tuzabonekamo imvura nyinshi kurusha utundi cyane mu turere tw’imisozi miremire cyane mu majyaruguru n’igice kimwe cy’intara y’Iburengerazuba. Ibi bikaba byaratangajwe n’umuyobozi wa Service y’iteganyagihe muri Service y’ubumenyi bw’ikirere Twahirwa Antoine. Muri turere tuzabonekamo imvura nyinshi harimo Gicumbi, Burera, Musanze, Ngororero, Nyabihu, Nyaruguru, Nyanza, Muhanga, Kamonyi, Nyamagabe, Huye, Ruhango, Rubavu, Gakenke na Rulindo. Icyakora mu Ntara y’iburasirazuba ,kubera uko hateye,kuba hatagira imisozi ifata imiyaga ifite ubuhehere bw’umwuka bityo bigatuma ihuhwa n’umuyaga ikigira ahandi, ngo ni nayo mpamvu hadakunze kuboneka imvura nyinshi nk’ahandi mu Rwanda. Gusa ngo imvura ubu izagwayo ihagije, ariko izagenda igabanuka uko izagenda igwa, ibi bikaba bidakwiye gutera impungenge abazakora imirimo itandukanye . Tumwe mu turere tuzagwamo imvura ihagije ariko ikazagenda igabanuka uko izagenda igwa,harimo Rusizi, Nyamasheke, Karongi, Rutsiro, Rubavu, Nyagatare, Ngoma, Kirehe, Rwamagana, Gatsibo, Kayonza, Bugesera, Gasabo, Kicukiro, Nyarugenge ndetse na Gisagara. Twinshi muri utu turere tukaba ari utw’intara y’iburasirazuba kubera imiterere yayo. Gusa ngo iteganyagihe risesengura ibipimo by’imvura bafite hanyuma bakabigeza kuri Minisiteri ifite ubuhinzi n’ubworozi mu nshingano zayo, ari nayo igira abahinzi inama y’ibyo bahinga bitewe n’ibihe by’imvura biriho. Kugeza ubu mu Ntara zitandukanye ubuhinzi bukaba bwaritabiriwe ku buryo bushimishije, ndetse iki gihembwe cy’ihinga cya 2012 (A) kikaba kirimo kugenda neza nk’uko Musabyimana Innocent, umuyobozi mukuru ushinzwe iby’ubuhinzi mu kigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi (RAB) abitangaza. Yongeraho ko ugereranije n’uko intara zagiye zitabira ubuhinzi mu ntara y’iburengerazuba bageze hafi kuri 80% batera , mu Majyaruguru bageze kuri 90% y’ubutaka bugomba guhingwa no guterwa ,mu Burasirazuba ho bageze kuri 60% naho mu majyepfo bakaba bageze kuri 50%. Impamvu mu majyepfo bari bakiri hasi Musabyimana avuga ko imvura yaguye itinze ku buryo ubutaka bwari butarasoma. Ikindi usanga abafite ubutaka bunini bagenda baba hirya no hino mu migi kuburyo baba batabwegereye ngo bahite babuhinga. Iyi mibare y’aho abaturage bageze bahinga ikaba ishobora guhinduka nk’uko Musabyimana abivuga kuko bashyize ingufu nyinshi mu kubakangurira guhinga hakiri kare imvura ikiriho. Uturere twa Nyanza,Kamonyi na Muhanga mu Ntara y’Amajyepfo tukaba ari two twari turi inyuma ugereranije n’utundi mu kwitabira gahunda y’ubuhinzi. Abahinzi b’Intara y’Iburasirazuba bakaba bakangurirwa n’ikigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi guhinga vuba kuko agace k’uburasirazuba imvura ikunze gucika mbere muri ako gace nk’uko Musabyimana yabitangaje. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/Ibura-ry-amasoko-y-ibihingwa-nka-Macadamia-Moringa-na-Jatrofa-biteje-igihombo
Ibura ry’amasoko y’ibihingwa nka Macadamia,Moringa na Jatrofa biteje igihombo abahinzi.
Mutibagirana okomeza avuga ko batangiye kubihinga babishishikarijwe na Leta ndetse bizezwa ko bazabona n’amasoko. Mu mwaka wa 2006 batangiye kubona umusaruro wabyo ariko kugeza ubu nta masoko barabona ku buryo bamwe bakiwubitse abandi bacitse intege kuko bari barashoyemo amafaranga bakaba babifata nk’igihombo. Bamwe muri abo bahinzi batangiye gutema ibiti by’ubu bwoko bw’ibihingwa kuko nubwo bitanga umusaruro nta masoko bifite. Mutibagirana Evariste,avuga ko urugemwe rumwe gusa rwa Macadamia baruguraga amafaranga agera ku gihumbi. Mutibagirana:umwe mu bahombejwe n’ibi bihingwa umuhinzi mworozi w’intangarugero mu Rwanda no mu Karere ka Rwamagana, akaba atuye mu murenge wa Karenge. Azwiho kuba ari umuhinzi wa mbere mu Rwanda ku buhinzi bw’ibitoki biribwa bizwi ku izina ry’injagi ndetse n’ubuhinzi bw’imyumbati. Ubu ageze ku gitoki kimwe gipima ibiro 156 n’umwumbati umwe upima ibiro 150. Yegukanye igikombe cy’umuhinzi witwaye neza mu Rwanda mu buhinzi bw’imyumbati n’urutoki mu mwaka wa 2009 agihawe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame. Nubwo ariko Mutibagirana afite ubuhinzi buteye imbere atyo,avuga ko nawe yahinze Moringa ndetse na Macadamia mu bahinzi ba mbere babihinze.Ubu buhinzi avuga ko babukoze babushishikarijwe na Leta babwirwa ko bazabona amasoko. Bikaba byaratumye nawe arushaho gushishikariza abandi baturanye guhinga Macadamia na Moringa ku buryo we ubwe yahise anitabira gutubura imbuto za Macadamia kugirango zigere ku baturage baturanye ari nyinshi kuko zabonekaga gusa ahitwa muri Rugende kwa Paki. Mu mwaka wa 2006, nibwo ibihingwa nka Moringa na Macadamia byatangiye gutanga umusaruro. Icyakora ngo nta masoko bigeze babona yabyo. Ibyo byatumye bacika intege kuburyo hari n’abahise babitema kuko benshi babihingaga ahari indi myaka nk’urutoki bakayirandura nk’uko Ufitinema Ferdinand umwe mu bahinzi ba Macadamia unatubura imbuto mu gishanga cya Rugende yabitangaje. Mutibagirana Evariste,kugeza ubu avuga ko abitse ibiro 300 bya Moringa yaburiye isoko kuva mumyaka itanu ishize, hakaba hari nabagenzi be azi bafite ibiro birenga 1000. Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cyita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga (NAEB) arahumuriza abahinzi b’ibi bihingwa Kuri iki kibazo cy’amasoko y’ibihingwa nka Macadamia,Jatrofa na Moringa, umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cyita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga NAEB, Kanyankore Alexis avuga ko gushakisha amasoko y’ibi bihingwa bikiri mu nyigo. Yongeraho ko harimo gushakwa Rwiyemezamirimo washyiraho uruganda rwajya rutunganya umusaruro wa Macadamia,bityo nyuma yaho hakaba hakusanywa umusaruro wazo ugatunganywa. Ibyo bizatuma umusaruro wazo utunganije uhabwa agaciro kurusha uko waba umeze udatunganije. Kanyankore,yanavuze ko mu gihe cy’umwaka 1 bateganya ko Rwiyemezamirimo washyiraho uruganda rutunganya umusaruro wa Macadamia yaba yabonetse. Umuyobozi wa NAEB Kanyankore Alexis, yongeraho ko igihe umusaruro wa Macadamia uzaba watunganijwe uzabona amasoko,hirya no hino haba mu mahoteri, mu ma resitora no mu ma supermarché.Gusa ngo abafite umusaruro w’ibyo bihingwa bakaba bakwegera ikigo cy’igihugu kita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga (NAEB) kikaba cyabibafashamo igihe bazaba berekana umusaruro bafite. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/gira-inka-munyarwanda-umwe-mu-mihigo-cy-icyerekezo-2020
GIRA INKA MUNYARWANDA: UMWE MU MIHIGO CY’ICYEREKEZO 2020
Zimwe mu ntego z’iyi gahunda zijyanye n’icyerekezo 2020 urwanda rwihaye, harimo gufasha imiryango itishoboye kubasha kugira icyororo muri gahunda yo kurwanya ubukene n’indwara zituruka kumirire mibi; kwongera umusaruro uturuka kumatungo nk’amata n’ibiyakomokaho, nk’inyama…; gufasha abanyarwanda kubona ifumbire ndetse no kwagura umubano mu muco mwiza wo kugabirana inka mubanyarwanda… Gahunda ya gira inka munyarwanda igizwe n’ibyiciro bibiri ari byo:gira inka ngabirano na gira inka nguzanyo. Muri gahunda ya gira inka ngabirano imiryago icyennye izajya ihabwa inka kubuntu hanyuma uko izagenda yororoka nayo izagende yoroza abaturanyi bityo bityo… naho muri gahunda ya gira inka nguzanyo hazafashwa umuryango wujuje ibisabwa kuzahabwa inguzanyo kugirango ubashe kugura inka yo kworora. muri ibyo bisabwa harimo kuba harateguye ibiraro bijyanye n’ubworozi bwa kijyambere ,kubauyihabwa afite imirima y’ubwatsi buzatunga iyo inka … Kugeza ubu aho iyi gahunda yageze batangiye kuragizanya, kworoza abandi no kuziturirana ,abana baranywa amata… aha twavuga nko mukarere ka kamonyi mu ntara y’amajyepfo no muri rwamagana mu ntara y’uburasira zuba aho kuwa 2 ukwakira imiryango igera kuri 40 yahawe inka igabiwe n’abandi banyarwanda. Ubusanzwe hateganijwe kworozwa imiryango igera kuri 257 000 ikennye kurusha indi mu gihugu hose kugeza ubu hakaba hamaze kworozwa imiryango 92 000. Marie Josée IKIBASUMBA
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/hadutse-indwara-y-imyumbati-ishobora-kuba-icyorezo-fao
Hadutse indwara y’imyumbati ishobora kuba icyorezo – FAO
Ishami y’umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa ndetse n’ubuhinzi(FAO) rivuga ko indwara yitwa Cassava Brown Streak Disease (CBSD) ishobora kuba icyorezo. Ibyo babivuga bahereye ku kuba mu mwaka wa 2006 iyo ndwara yaragaragaye mu gihugu cya Uganda. Mu mezi make ashize kandi iyo ndwara yagaragaye mu Burundi no muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. FAO ivuga ko bigoye komenya aho iyo ndwara igeze kuko ititaweho bikomeye. Umwe mu bahagarariye FAO witwa Robson atangaza ko ikibazo gikomeye ari uko umuhinzi ashobora kugira ngo afite imyumbati myiza nyamara irwaye bitewe n’uko ibimenyetso by’iyi ndwara bigaragarira ku mizi gusa. FAO itangaza ko icyo kibazo giteye inkeke. Ngo ni ngombwa ko hafatwa ingamba zikomeye zo kuyirwanya kuko nta bwoko na bumwe bw’imyumbati buhabwa abahinzi bo muri Afrika bushobora guhangana n’iyo ndwara. FAO ivuga ko hari ingamba zishobora gufatwa maze iyo ndwara ntikomeze gukwira ahantu henshi. Muri izo ngamba harimo gucungira hafi ikwirakwizwa ry’imyumbati igomba guterwa ndetse no gukangurira abahinzi kurandura inyumbati babonye ko yafashwe n’iyi ndwara. Abahanga bo muri FAO bavuga ko bari gusiganwa n’igihe kugira ngo barwanye iyo virusi. Bakaba bahamagarira amahanga kubatera inkunga. Bakaba bifuza guha amahugurwa abahinzi ndetse no guhagarika ihanahana ry’icyo gihingwa kirwaye hagati y’uturere. Kuri ubu amoko umunani y’igihingwa cy’imyumbati ari kugeragezwa n’ikigo mpuzamahanga cyita ku buhinzi (International Institute of Tropical Agriculture). Ayo moko akaba ashobora guhangana n’iyo ndwara kuburyo mu myaka ibiri iri imbere ngo izatangwa ku bahinzi benshi. Imyumbati ni kimwe mu bihingwa bifitiye akamaro isi muri rusange. Kuburyo muri Afurika ho ifatiye runini abantu benshi kuko ntabwo ikangwa n’ubutaka butera cyangwa se imvura nke. BBC itangaza ko imyumbati ikunze kwibasirwa n’indwara zitandukanye zituma idatanga umusaruro ukwiye. Hari n’aho indwara ziyibasira ku buryo bitera inzara ikomeye. Uretse rero izo ndwara FAO ivuga ko hadutse indi virusi nayo yibasiye igihingwa cy’imyumbati mu karere k’Afrika y’iburasirazuba. Norbert NIYIZURUGERO
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/NAEB-na-SOPYRWA-bafashe-ingamba-zo-guteza-imbere-Ibireti
NAEB na SOPYRWA bafashe ingamba zo guteza imbere Ibireti
Umuyobozi wa NAEB, Ntakirutimana Corneille, avuga ko ibireti birimo gucika kubera imbuto itari nziza yakoreshwaga n’abahinzi. Avuga ko bagiye gushakira abaturage imbuto nziza y’ibireti izajya itanga umusaruro kurusha iyari isanzwe kandi idasaza vuba. Uretse gushaka imbuto year cyane, NAEB na SOPYRWA bafite gahunda yo guteza imbere iki gihingwa ku buso gihingwaho. Ikindi biyemeje ni ugushishikariza abaturage basanzwe bahinga iki gihingwa kurushaho gushyira ingufu mu buhinzi bwacyo. Nk’uko Ntakirutimana akomeza abisobanura, imbuto yakoreshwaga ni ibitsinsi by’ibireti kandi ntibitanga umusaruro ushimishije. Ibi bituma umusaruro ugenda urushaho kugabanuka kubera ko abahinzi bacika integer zo gukomeza guhinga ibitera. Ubuhinzi bw’ibireti buzajya bukorwa mu buryo bushya. Mu gihe mu bihe abahinzi bateraga ibitsinsi by’ibireti, ubu noneho uburyo bushya ni uguhumbika umurama hanyuma abahinzi bagatera ingemwe z’ibireti zivuye muri buhumbikiro. Ibireti bihinzwe muri ubu buryo bitanga umusaruro ukubye inshuro eshatu uw’ibiterwa ari ibitsinzi bitanga kandi bikaba bitanasaza vuba. NAEB yateguye gahunda yo gushakira abahinzi umurama w’ibireti ugera kuri toni 3 by’imbuto nziza. Si NAEB gusa yateguye uyu murama kuko na sosiyete nyarwanda itunganya umusaruro w’ibireti SOPYRWA yateguye umurama ungana n’ibiro 2000 ugomba guhumbikwa ugaterwa n’abahinzi mu rwego rwo kuzamura iki gihingwa. Kugeza ubu ubuso bw’ubutaka bugomba guterwaho ibireti bugera kuri hegitali 3000 mu Rwanda. Mu ntangiro z’ukwezi kwa 10 habaye umunsi w’abahinzi b’ibireti mu Rwanda. kuva muri uko kwezi, abaturage batangiye gufashwa guhumbika ingemwe nshya mu gihe bitegura guhinga. Ibireti ni kimwe mu bihingwa ngengabukungu bihingwa mu Rwanda. Gikunze kuboneka mu turere tw’imisozi miremire yo mu burengerazuba bw’u Rwanda ndetse no mu duce tw’imisozi y’amajyaruguru y’uburengerazuba. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/huye-abaturage-ntibarumva-akamaro-ko-guhuza-ubutaka
Huye: abaturage ntibarumva akamaro ko guhuza ubutaka
Iyo ugeze mu murenge wa Huye, ubona imirima itari mike ihinzemo ibihingwa bivanze. Hari aho usanga ibishyimbo, ibigori ndetse n’urutoki bihinze mu murima umwe. Kimwe n’abandi batuye muri uwo murenge umukecuru witwa Jeanne Kankindi yahinze igihingwa cy’imyumbati gusa muri iki gihembwe cy’ihinga. Avuga ko ubuyobozi bwababwiye ko iki gikorwa kizabafasha mu kongera umusaruro wabo ukomoka ku buhinzi ariko magingo ngo ntarumva aho umusaruro utubutse uzava bahinga igihingwa kimwe. Ubwo yaganiraga n’umunyamakuru wa kigali today Kankindi yagize ati : “Mbere nihingiraga ibijumba mu masaka ngashyiramo n’amateke ubwo habaga harimo n’urutoki. Nashoboraga gusarura imyaka y’ubwoko butandukanye mu gihe kimwe kandi mu murima umwe, sinzi rero niba imyumbati gusa izabasha kuntungira umuryango“. Nubwo Kankindi avuga ko yasaruraga imyaka itandukanye yemera ko umusaruro wabaga ari muke ntabashe kwihaza no gusagurira isoko. Akeka ko kutabona umusaruro uhagije biterwa no kudafumbira umurima we kkuko nta tungo afite. Umuyobozi ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu murenge wa Huye, Séraphine Kayitesi, avuga ko impamvu abaturage batabasha kubona umusaruro utubutse bituruka ahanini no kutumva akamaro ko guhinga igihingwa kimwe. Avuga ko umuturage bamwereka inzira nziza zo kugirango umusaruro we wiyongere ariko kubyumva bikagorana. Kayitesi yizeye ko bazabona amasoko y’imyaka abaturage bazeza. Avuga ko umuturage wahinze igihingwa kimwe abasha kugurisha ibyo yejeje akaba yabasha guhaha ibindi akeneye. Ati : “Nk’ubu umuturage wahinze ibigori akeza imifuka itanu ashobora kugurishamo itatu, akabasha kugura ibyo urugo rukeneye, akaba yanakwizigamira. Ashobora no kugurana na mugenzi we wahinze ibishyimbo cyangwa ikindi”. Abaturage bo mu murenge wa Huye bashishikarizwa guhinga igihingwa kimwe kugirango bungere umusaruro. Muri iki gihembwe cy’ihinga abaturage bahawe imbuto z’igihingwa cyatoranijwe bakanabahagarikira kugirango batazitera nabi cyangwa ngo bazivange n’indi myaka. Gerard GITOLI Mbabazi
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/inzoga-ikoze-mu-myumbati-yashyizwe-ku-isoko
Inzoga ikoze mu myumbati yashyizwe ku isoko
Inkuru dukesha BBC ivuga ko ubusanzwe hari abantu bari basanzwe bakora ibinyobwa bitandukanye bikoze mu myumati cyangwa mu bindi binyabijumba ariko ikibazo kikaba aruko ibyo binyobwa bishobora kugira ingaruka zirimo n’urupfu. Abahagarariye SABMiller batangaza ko inzoga bakoze nta kibazo izatera ku buzima bwa muntu. Iyo nzoga yakorewe mu gihugu cya Mozambique. Uru ruganda ruvuga ko buri mwaka bizajya bisaba toni ibihumbi mirongo ine z’imyumbati zo gukora iyo nzoga. Ibi byatumye bamwe mu bahinzi bavuga ko bizatuma inzara yiyongera muri Afurika kuko imyumbati ari kimwe mu bihingwa bifitiye akamaro kanini abanyafurika mu bijyanye n’imirire. Uruganda rwa SABMiller rukomoka mu Bwongereza; rwakoze umushinga wo guha akazi abahinzi barenga 1500 bahinga imirima myinshi y’imyumbati. Norbert NIYIZURUGERO
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/inzara-iragenda-igabanuka-mu-rwanda
Inzara iragenda igabanuka mu Rwanda
U Rwanda ruri mu bihugu 26 (Demokarasi ya Kongo, Burundi, Afrika y’epfo, Zambia, India, Sierra Leone, Ethiopia, Rwanda, Liberia, Tanzania, Guatemala, Nepal, Pakistan, Mozambique, Cambodia, Resotho, Vietnam, Kenya, Malawi, China, Brazil, Nigeria, Uganda, Gambia, Senegal na Ghana) byibasiwe n’ihindagurika ry’ikirere ariko ruza ku mwanya wa kane mu bihugu byafashe ingamba zihamye zo guhangana n’icyo bibazo no kugikemura. Nkuko Umuyobozi wa Action Aid mu Rwanda, Josephine Uwamariya, abitangaza mu rwego rwo gufasha abanyarwanda kurwanya inzara,umuryango Action Aid International wahisemo gufasha abagore bakora umwuga w’ubuhinzi mu Rwanda. Ubu ubushakashatsi bugaragaza ko abagore bagize 77% by’abantu bitabira ibikorwa by’ubuhinzi mu Rwanda. Ibi nibyo byatumye imbaraga nyinshi zishyirwa ku bagore mu rwego rwo kubafasha kuzamura umusaruro w’ubuhinzi kuko byagaragaye ko ari bo babwitabira kurusha abagabo mu Rwanda. Uwamariya yatangaje ko imbaraga z’abagore zitewe inkunga zagira icyo zitanga bityo umusaruro w’ubuhinzi ukiyongera; akaba ari imwe mu mpamvu zatuma inzara icika burundu mu Rwanda ndetse n’abaturage bakihaza mu biribwa. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/bugesera-nyuma-y-inzara-yaharanzwe-ubu-karahahira-utundi-turere
Bugesera: Nyuma y’inzara yaharanzwe ubu karahahira utundi turere
Mu myaka yashize cyane cyane umwaka w’2000, Akarere ka Bugesera kagaragayemo ikibazo cy’amapfa akabije, hari abantu bicwaga n’inzara abandi bagasuhuka. Muri iki gihe uhatembereye ushobora kugira ngo ni amateka cyangwa se ni amakabyankuru y’abantu, abenshi mu baturage hari bahatuye nibo bivugira ko nta kibazo cy’inzara kihaherutse. Niyonzima Joseph w’imyaka 45 utuye mu Murenge wa Nyamata, Akagari ka Maranyundo, amaze imyaka 16 muri aka Karere avuga ko inzara yatangiye kugaragara muri Bugesera mu mpera y’1999 ariko ikaza gukaza umurego mu mwaka w’2000. Avuga ko muri icyo gihe ibintu byose byari byarabuze kuva ku biryo mvaruganda kugeza ku bijumba bihingiraga. Agira ati “Umva ibijumba ari ibijumba, icyo gihe inaha byaribwaga n’umuntu ufite imodoka, ndakubwiza ukuri ko nta mukene wapfaga kubyigondera”. Niyonzima yongeraho ko impamvu yateraga ibyo byose ari uko izuba ryari ryaracanye ku buryo batirirwaga bahinga n’uwahinganga ntiyeze. Avuga ko icyo igihe ahantu hapfaga kwera ibijumba hari mu bishanga kandi byajyaga kubageraho byahenze. Yongeraho ko mu mwaka w’2000 abantu bishwe n’inzara ku buryo bukabije mu duce twa Gashora, Ngenda, Gahembe na Maranyundo aho abandi barasuhuka. Ati “icyo gihe abagabo benshi barahungaga kubera kubura icyo bagaburira imiryango yabo, naho abagore bakishyira mu migozi kubera kubura icyo bagaburira abana babo”. Mukanzaramba Feresita ni umugore w’imyaka 62 y’amavuko atuye mu Murenge wa Mayange, avuga ko ikintu cyaje kubarokora ari uko mu Bugesera haje imishinga imwe n’imwe igatangira kubaha imfashanyo z’ibiribwa. Agira ati : “Muri icyo gihe tutarabona imfashanyo uwo amahirwe yasekeraga yabonaga rukacarara. Icyo gihe twayitaga shira umuteto kuko mbere wasangaga hari abantu batarya umutsima w’amasaka”. Gusa abatuye muri aka gace bavuga ko ibintu bisa n’ibyasubiye mu buryo kuko ubu imyaka irera abantu bakabona ibiryo. Bavuga ko iyo ufite inoti y’igihumbi urya amanywa n’ijoro. Nyirabitanga Jolie nawe utuye mu Bugesera avuga ko ubu nta nzara ikiharangwa, ko ubu aka karere gahagaze neza, ku isoko ibintu biraboneka. Ibiboneka kurusha ibindi harimo imboga, ibishyimbo, imyumbati, inanasi, ibigori n’ibindi. Ugeze mu isoko rya Nyamata mu gice gicururizwamo imboga, abacuruzi bazo nabo bemeza ko imboga ziboneka ku bwinshi. Mukarwema Annonciata, umucuruzi muri iri soko rya Nyamata umaze imyaka igera kuri 7 acuruza, avuga ko ibicuruzwa byabonetse nyuma y’aho mbere gucuruza byasaga n’ibigoranye kubera ko baburaga aho barangurira. Agira ati : “Ibintu biriho. Ikibigaragaza ni uko inyanya, intoryi n’izindi kandi urabona ko na hano mu isoko abacuruza imboga babaye benshi kandi n’abo mu tundi Turere basigaye baza kurangura hano”. Aganira na kigalitoday.com Rwagaju Louis uyobora Akarere ka Bugesera avuga ko icyatumye inzara igabanuka muri aka karere ngo ni uko leta yafashe ingamba zo gutera ibiti n’amashyamba hirya no hino muri kariya gace. Avuga ko iterwa ry’ibiti ryatumye imvura itangira kugwa n’imyaka ikaboneraho gutangira kwera. Ati “Ubu hari ibicuruzwa abacuruzi b’ i Kigali baza kurangura inaha ndetse n‘ubu dufitanye ubuhahirane n’Intara ya Kirundo yo mu gihugu cy’u Burundi”. Yongeraho ko ibi byose babigezeho bakangurira abaturage gukora cyane guhinga, kuzigama no gukora imirimo itegamiye ku buhinzi gusa. Muri ako Karere hari igihe cyageze bitoroshye kubona n’igiti kubera izuba ryari ryarahibasiye, Umuntu yashoboraga no gusanga amatungo yapfiriye ku nzira kubera kubura ubwatsi n’amazi kuko hendaga kuba ubutayu. Egide Kayiranga
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/ikawa-n-icyayi-ibihingwa-bifitiye-runini-u-rwanda
Ikawa n’icyayi: ibihingwa bifitiye runini u Rwanda
Nk’uko Ntakirutimana Corneille, umuyobozi mukuru wungurije ushinzwe kuzamura umusaruro w’ibyoherezwa mu mahanga mu Rwanda mu kigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku byoherezwa mu mahanga( NAEB) abitangaza, ibi bihingwa nibyo byinjiza amadevize menshi ugereranije n’ibindi byoherezwa mu mahanga bivuye mu Rwanda. Ibi bihingwa kandi bigirira akamaro kanini umuhinzi wabyo kuko bimuzanira amafaranga. Kugeza ubu umuhinzi w’icyayi ahabwa amafaranga ijana ku kiro cy’amababi y’icyayi ari ku kigero cy’ubwiza kiri hagati ya 65% na 69%. Naho ku cyayi kiri ku bwiza bwa 70% kugeza ku 100% umuhinzi ahabwa amafaranga 105 ku kiro ariko hari n’inganda zimwe zishobora kuyarenza. Muri uyu mwaka igiciro cy’ikawa cyavuye ku mafaranga 200 ku kiro cy’ibitumbwe kigera ku mafaranga 350. Ibi bikaba biterwa n’uko igiciro cy’ikawa cyagiye kizamuka ku masoko mpuzamahanga. Amafaranga avuye muri ibi bihingwa afasha abahinzi kongera umusaruro ndetse no kwikenura kuko iyo umuhinzi aguriwe ku giciro cyiza nawe agira umwete wo kongera umusaruro kugira ngo yeze byinshi. Bimwe mu bihugu kawa ikunze kugurishwamo harimo leta zunze ubumwe z’Amarika,Ubuyapani ndetse na bimwe mu bihugu by’Iburayi. icyayi gikunze kubona amasoko mu bihugu by’Abayisiramu, iby’Abarabu ndetse na bimwe mu bihugu by’Iburayi. Nk’uko Corneille aritangaza, Abanyarwanda ntibitabira cyane kunywa icyayi n’ikawa. Avuga ko Abanyanyarwanda bakwiriye kuba isoko ry’ibyo beza ntibatege amasoko ku banyamahanga gusa. Umwaka ushize umusaruro w’icyayi woherejwe hanze urenga toni 21.000 zinjije akayabo kagera kuri miliyoni 56 z’amadorari y’Amerika. Umusaruro wa Kawa woherejwe hanze ugera kuri toni 17.000 zinjije miliyoni 55 z’amadorari y’Amerika. Corneille avuga ko ibi bihingwa bifasha cyane igihugu kuko bituma ubukungu bw’igihugu kuzamuka ndetse bigatuma u Rwanda rugira ijambo ku rwego mpuzamahanga. Aya madevize kandi afasha u Rwanda kugura ibicuruzwa rukura hanze rudahenzwe. Avuga ko u Rwanda rweza umusaruro muke ugereranyije n’ibihugu duturanye ariko ko icyari n’ikawa by’u Rwanda bifite uburyohe kurusha ibyo muri ibyo bihugu. Nk’uko Ntakirutimana Corneille yabidutangarije, ikawa zihingwa hafi mu gihugu hose ariko zibanze cyane mu Ntara y’Amajyepfo ndetse n’iy’Iburengerazuba kuko ariho hari ubuso bunini bw’iki gihingwa. Icyayi cyo kibanze ahanini mu Ntara y’Uburengerazuba mu misozi miremire y’isunzu rya Congo Nil ndetse n’iy’Amajyepfo y’u Rwanda cyane mu turere twa Nyaruguru na Nyamagabe. Mu ntara y’Iburengerazuba hari inganda esheshatu hakaba hanateganywa kubakwa izindi nganda eshatu mu rwego rwo kuzamura ubwiza bw’umusaruro w’icyayi. Mu Ntara y’Amajyaruguru hari inganda z’icyayi nka Mulindi muri Gicumbi na Sorwathe mu karere ka Rulindo. Mu rwego rwo kongera umusaruro uturuka kuri ibyo bihingwa ndetse n’ibindi byoherezwa mu mahanga (imboga, imbuto n’ibireti), harateganywa kongerwa ubuso bihingwaho mu gihugu hose. Urugero: mu ntara y’Amajyepfo n’iy’Iburengerazuba hegitali 2545 ziziyongera kuri hegitali 19000 zisanzwe ku cyayi; hari ubutaka bwo muri Gishwati bugera kuri hegitali 12000 bugahingwaho icyayi. Ikawa yo hakazongerwaho hegitali 7100 ku zahingwaga. Iyi gahunda ikazakorwa muri uyu mwaka wa 2011-2012. Abaturage bakaba basabwa kuzitabira guhinga ibi bihingwa mu rwego rwo kurushaho kwizamura no kuzamura umusaruro w’ibyoherezwa mu mahanga muri rusange. Imboga, imbuto ndetse n’ibireti nabyo bizongererwa ubuso ndetse cyane mu Ntara y’amajyaruguru ndetse no mu Ntara y’uburengerazuba bw’amajyaruguru. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/Igihembwe-cy-ihinga-cya-2012-A-kizagira-imvura-ihagije-muri-rusange-Twahirwa
Igihembwe cy’ihinga cya 2012 (A) kizagira imvura ihagije muri rusange: Twahirwa Antoine
Iyi mvura izagwa mu buryo buhagije mu gihe cy’amezi 3 nk’uko isesengura ry’ibipimo byakozwe na Service y’ubumenyi bw’ikirere ryabyerekanye. Gusa ngo mu turere tumwe na tumwe imvura izagwa ariko igende igabanuka uko ibihe bizagenda bishira. Tumwe mu turere tuzabonekamo imvura nyinshi kurusha utundi cyane mu turere tw’imisozi miremire cyane mu majyaruguru n’igice kimwe cy’intara y’Iburengerazuba. Ibi bikaba byaratangajwe n’umuyobozi wa Service y’iteganyagihe muri Service y’ubumenyi bw’ikirere Twahirwa Antoine. Muri turere tuzabonekamo imvura nyinshi harimo Gicumbi, Burera, Musanze, Ngororero, Nyabihu, Nyaruguru, Nyanza, Muhanga, Kamonyi, Nyamagabe, Huye, Ruhango, Rubavu, Gakenke na Rulindo. Icyakora mu Ntara y’iburasirazuba ,kubera uko hateye,kuba hatagira imisozi ifata imiyaga ifite ubuhehere bw’umwuka bityo bigatuma ihuhwa n’umuyaga ikigira ahandi, ngo ni nayo mpamvu hadakunze kuboneka imvura nyinshi nk’ahandi mu Rwanda. Gusa ngo imvura ubu izagwayo ihagije, ariko izagenda igabanuka uko izagenda igwa, ibi bikaba bidakwiye gutera impungenge abazakora imirimo itandukanye . Tumwe mu turere tuzagwamo imvura ihagije ariko ikazagenda igabanuka uko izagenda igwa,harimo Rusizi, Nyamasheke, Karongi, Rutsiro, Rubavu, Nyagatare, Ngoma, Kirehe, Rwamagana, Gatsibo, Kayonza, Bugesera, Gasabo, Kicukiro, Nyarugenge ndetse na Gisagara. Twinshi muri utu turere tukaba ari utw’intara y’iburasirazuba kubera imiterere yayo. Gusa ngo iteganyagihe risesengura ibipimo by’imvura bafite hanyuma bakabigeza kuri Minisiteri ifite ubuhinzi n’ubworozi mu nshingano zayo, ari nayo igira abahinzi inama y’ibyo bahinga bitewe n’ibihe by’imvura biriho. Kugeza ubu mu Ntara zitandukanye ubuhinzi bukaba bwaritabiriwe ku buryo bushimishije, ndetse iki gihembwe cy’ihinga cya 2012 (A) kikaba kirimo kugenda neza nk’uko Musabyimana Innocent, umuyobozi mukuru ushinzwe iby’ubuhinzi mu kigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi (RAB) abitangaza. Yongeraho ko ugereranije n’uko intara zagiye zitabira ubuhinzi mu ntara y’iburengerazuba bageze hafi kuri 80% batera , mu Majyaruguru bageze kuri 90% y’ubutaka bugomba guhingwa no guterwa ,mu Burasirazuba ho bageze kuri 60% naho mu majyepfo bakaba bageze kuri 50%. Impamvu mu majyepfo bari bakiri hasi Musabyimana avuga ko imvura yaguye itinze ku buryo ubutaka bwari butarasoma. Ikindi usanga abafite ubutaka bunini bagenda baba hirya no hino mu migi kuburyo baba batabwegereye ngo bahite babuhinga. Iyi mibare y’aho abaturage bageze bahinga ikaba ishobora guhinduka nk’uko Musabyimana abivuga kuko bashyize ingufu nyinshi mu kubakangurira guhinga hakiri kare imvura ikiriho. Uturere twa Nyanza,Kamonyi na Muhanga mu Ntara y’Amajyepfo tukaba ari two twari turi inyuma ugereranije n’utundi mu kwitabira gahunda y’ubuhinzi. Abahinzi b’Intara y’Iburasirazuba bakaba bakangurirwa n’ikigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi guhinga vuba kuko agace k’uburasirazuba imvura ikunze gucika mbere muri ako gace nk’uko Musabyimana yabitangaje. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/Ibura-ry-amasoko-y-ibihingwa-nka-Macadamia-Moringa-na-Jatrofa-biteje-igihombo
Ibura ry’amasoko y’ibihingwa nka Macadamia,Moringa na Jatrofa biteje igihombo abahinzi.
Mutibagirana okomeza avuga ko batangiye kubihinga babishishikarijwe na Leta ndetse bizezwa ko bazabona n’amasoko. Mu mwaka wa 2006 batangiye kubona umusaruro wabyo ariko kugeza ubu nta masoko barabona ku buryo bamwe bakiwubitse abandi bacitse intege kuko bari barashoyemo amafaranga bakaba babifata nk’igihombo. Bamwe muri abo bahinzi batangiye gutema ibiti by’ubu bwoko bw’ibihingwa kuko nubwo bitanga umusaruro nta masoko bifite. Mutibagirana Evariste,avuga ko urugemwe rumwe gusa rwa Macadamia baruguraga amafaranga agera ku gihumbi. Mutibagirana:umwe mu bahombejwe n’ibi bihingwa umuhinzi mworozi w’intangarugero mu Rwanda no mu Karere ka Rwamagana, akaba atuye mu murenge wa Karenge. Azwiho kuba ari umuhinzi wa mbere mu Rwanda ku buhinzi bw’ibitoki biribwa bizwi ku izina ry’injagi ndetse n’ubuhinzi bw’imyumbati. Ubu ageze ku gitoki kimwe gipima ibiro 156 n’umwumbati umwe upima ibiro 150. Yegukanye igikombe cy’umuhinzi witwaye neza mu Rwanda mu buhinzi bw’imyumbati n’urutoki mu mwaka wa 2009 agihawe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame. Nubwo ariko Mutibagirana afite ubuhinzi buteye imbere atyo,avuga ko nawe yahinze Moringa ndetse na Macadamia mu bahinzi ba mbere babihinze.Ubu buhinzi avuga ko babukoze babushishikarijwe na Leta babwirwa ko bazabona amasoko. Bikaba byaratumye nawe arushaho gushishikariza abandi baturanye guhinga Macadamia na Moringa ku buryo we ubwe yahise anitabira gutubura imbuto za Macadamia kugirango zigere ku baturage baturanye ari nyinshi kuko zabonekaga gusa ahitwa muri Rugende kwa Paki. Mu mwaka wa 2006, nibwo ibihingwa nka Moringa na Macadamia byatangiye gutanga umusaruro. Icyakora ngo nta masoko bigeze babona yabyo. Ibyo byatumye bacika intege kuburyo hari n’abahise babitema kuko benshi babihingaga ahari indi myaka nk’urutoki bakayirandura nk’uko Ufitinema Ferdinand umwe mu bahinzi ba Macadamia unatubura imbuto mu gishanga cya Rugende yabitangaje. Mutibagirana Evariste,kugeza ubu avuga ko abitse ibiro 300 bya Moringa yaburiye isoko kuva mumyaka itanu ishize, hakaba hari nabagenzi be azi bafite ibiro birenga 1000. Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cyita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga (NAEB) arahumuriza abahinzi b’ibi bihingwa Kuri iki kibazo cy’amasoko y’ibihingwa nka Macadamia,Jatrofa na Moringa, umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cyita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga NAEB, Kanyankore Alexis avuga ko gushakisha amasoko y’ibi bihingwa bikiri mu nyigo. Yongeraho ko harimo gushakwa Rwiyemezamirimo washyiraho uruganda rwajya rutunganya umusaruro wa Macadamia,bityo nyuma yaho hakaba hakusanywa umusaruro wazo ugatunganywa. Ibyo bizatuma umusaruro wazo utunganije uhabwa agaciro kurusha uko waba umeze udatunganije. Kanyankore,yanavuze ko mu gihe cy’umwaka 1 bateganya ko Rwiyemezamirimo washyiraho uruganda rutunganya umusaruro wa Macadamia yaba yabonetse. Umuyobozi wa NAEB Kanyankore Alexis, yongeraho ko igihe umusaruro wa Macadamia uzaba watunganijwe uzabona amasoko,hirya no hino haba mu mahoteri, mu ma resitora no mu ma supermarché.Gusa ngo abafite umusaruro w’ibyo bihingwa bakaba bakwegera ikigo cy’igihugu kita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga (NAEB) kikaba cyabibafashamo igihe bazaba berekana umusaruro bafite. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/gira-inka-munyarwanda-umwe-mu-mihigo-cy-icyerekezo-2020
GIRA INKA MUNYARWANDA: UMWE MU MIHIGO CY’ICYEREKEZO 2020
Zimwe mu ntego z’iyi gahunda zijyanye n’icyerekezo 2020 urwanda rwihaye, harimo gufasha imiryango itishoboye kubasha kugira icyororo muri gahunda yo kurwanya ubukene n’indwara zituruka kumirire mibi; kwongera umusaruro uturuka kumatungo nk’amata n’ibiyakomokaho, nk’inyama…; gufasha abanyarwanda kubona ifumbire ndetse no kwagura umubano mu muco mwiza wo kugabirana inka mubanyarwanda… Gahunda ya gira inka munyarwanda igizwe n’ibyiciro bibiri ari byo:gira inka ngabirano na gira inka nguzanyo. Muri gahunda ya gira inka ngabirano imiryago icyennye izajya ihabwa inka kubuntu hanyuma uko izagenda yororoka nayo izagende yoroza abaturanyi bityo bityo… naho muri gahunda ya gira inka nguzanyo hazafashwa umuryango wujuje ibisabwa kuzahabwa inguzanyo kugirango ubashe kugura inka yo kworora. muri ibyo bisabwa harimo kuba harateguye ibiraro bijyanye n’ubworozi bwa kijyambere ,kubauyihabwa afite imirima y’ubwatsi buzatunga iyo inka … Kugeza ubu aho iyi gahunda yageze batangiye kuragizanya, kworoza abandi no kuziturirana ,abana baranywa amata… aha twavuga nko mukarere ka kamonyi mu ntara y’amajyepfo no muri rwamagana mu ntara y’uburasira zuba aho kuwa 2 ukwakira imiryango igera kuri 40 yahawe inka igabiwe n’abandi banyarwanda. Ubusanzwe hateganijwe kworozwa imiryango igera kuri 257 000 ikennye kurusha indi mu gihugu hose kugeza ubu hakaba hamaze kworozwa imiryango 92 000. Marie Josée IKIBASUMBA
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/hadutse-indwara-y-imyumbati-ishobora-kuba-icyorezo-fao
Hadutse indwara y’imyumbati ishobora kuba icyorezo – FAO
Ishami y’umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa ndetse n’ubuhinzi(FAO) rivuga ko indwara yitwa Cassava Brown Streak Disease (CBSD) ishobora kuba icyorezo. Ibyo babivuga bahereye ku kuba mu mwaka wa 2006 iyo ndwara yaragaragaye mu gihugu cya Uganda. Mu mezi make ashize kandi iyo ndwara yagaragaye mu Burundi no muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. FAO ivuga ko bigoye komenya aho iyo ndwara igeze kuko ititaweho bikomeye. Umwe mu bahagarariye FAO witwa Robson atangaza ko ikibazo gikomeye ari uko umuhinzi ashobora kugira ngo afite imyumbati myiza nyamara irwaye bitewe n’uko ibimenyetso by’iyi ndwara bigaragarira ku mizi gusa. FAO itangaza ko icyo kibazo giteye inkeke. Ngo ni ngombwa ko hafatwa ingamba zikomeye zo kuyirwanya kuko nta bwoko na bumwe bw’imyumbati buhabwa abahinzi bo muri Afrika bushobora guhangana n’iyo ndwara. FAO ivuga ko hari ingamba zishobora gufatwa maze iyo ndwara ntikomeze gukwira ahantu henshi. Muri izo ngamba harimo gucungira hafi ikwirakwizwa ry’imyumbati igomba guterwa ndetse no gukangurira abahinzi kurandura inyumbati babonye ko yafashwe n’iyi ndwara. Abahanga bo muri FAO bavuga ko bari gusiganwa n’igihe kugira ngo barwanye iyo virusi. Bakaba bahamagarira amahanga kubatera inkunga. Bakaba bifuza guha amahugurwa abahinzi ndetse no guhagarika ihanahana ry’icyo gihingwa kirwaye hagati y’uturere. Kuri ubu amoko umunani y’igihingwa cy’imyumbati ari kugeragezwa n’ikigo mpuzamahanga cyita ku buhinzi (International Institute of Tropical Agriculture). Ayo moko akaba ashobora guhangana n’iyo ndwara kuburyo mu myaka ibiri iri imbere ngo izatangwa ku bahinzi benshi. Imyumbati ni kimwe mu bihingwa bifitiye akamaro isi muri rusange. Kuburyo muri Afurika ho ifatiye runini abantu benshi kuko ntabwo ikangwa n’ubutaka butera cyangwa se imvura nke. BBC itangaza ko imyumbati ikunze kwibasirwa n’indwara zitandukanye zituma idatanga umusaruro ukwiye. Hari n’aho indwara ziyibasira ku buryo bitera inzara ikomeye. Uretse rero izo ndwara FAO ivuga ko hadutse indi virusi nayo yibasiye igihingwa cy’imyumbati mu karere k’Afrika y’iburasirazuba. Norbert NIYIZURUGERO
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/NAEB-na-SOPYRWA-bafashe-ingamba-zo-guteza-imbere-Ibireti
NAEB na SOPYRWA bafashe ingamba zo guteza imbere Ibireti
Umuyobozi wa NAEB, Ntakirutimana Corneille, avuga ko ibireti birimo gucika kubera imbuto itari nziza yakoreshwaga n’abahinzi. Avuga ko bagiye gushakira abaturage imbuto nziza y’ibireti izajya itanga umusaruro kurusha iyari isanzwe kandi idasaza vuba. Uretse gushaka imbuto year cyane, NAEB na SOPYRWA bafite gahunda yo guteza imbere iki gihingwa ku buso gihingwaho. Ikindi biyemeje ni ugushishikariza abaturage basanzwe bahinga iki gihingwa kurushaho gushyira ingufu mu buhinzi bwacyo. Nk’uko Ntakirutimana akomeza abisobanura, imbuto yakoreshwaga ni ibitsinsi by’ibireti kandi ntibitanga umusaruro ushimishije. Ibi bituma umusaruro ugenda urushaho kugabanuka kubera ko abahinzi bacika integer zo gukomeza guhinga ibitera. Ubuhinzi bw’ibireti buzajya bukorwa mu buryo bushya. Mu gihe mu bihe abahinzi bateraga ibitsinsi by’ibireti, ubu noneho uburyo bushya ni uguhumbika umurama hanyuma abahinzi bagatera ingemwe z’ibireti zivuye muri buhumbikiro. Ibireti bihinzwe muri ubu buryo bitanga umusaruro ukubye inshuro eshatu uw’ibiterwa ari ibitsinzi bitanga kandi bikaba bitanasaza vuba. NAEB yateguye gahunda yo gushakira abahinzi umurama w’ibireti ugera kuri toni 3 by’imbuto nziza. Si NAEB gusa yateguye uyu murama kuko na sosiyete nyarwanda itunganya umusaruro w’ibireti SOPYRWA yateguye umurama ungana n’ibiro 2000 ugomba guhumbikwa ugaterwa n’abahinzi mu rwego rwo kuzamura iki gihingwa. Kugeza ubu ubuso bw’ubutaka bugomba guterwaho ibireti bugera kuri hegitali 3000 mu Rwanda. Mu ntangiro z’ukwezi kwa 10 habaye umunsi w’abahinzi b’ibireti mu Rwanda. kuva muri uko kwezi, abaturage batangiye gufashwa guhumbika ingemwe nshya mu gihe bitegura guhinga. Ibireti ni kimwe mu bihingwa ngengabukungu bihingwa mu Rwanda. Gikunze kuboneka mu turere tw’imisozi miremire yo mu burengerazuba bw’u Rwanda ndetse no mu duce tw’imisozi y’amajyaruguru y’uburengerazuba. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/huye-abaturage-ntibarumva-akamaro-ko-guhuza-ubutaka
Huye: abaturage ntibarumva akamaro ko guhuza ubutaka
Iyo ugeze mu murenge wa Huye, ubona imirima itari mike ihinzemo ibihingwa bivanze. Hari aho usanga ibishyimbo, ibigori ndetse n’urutoki bihinze mu murima umwe. Kimwe n’abandi batuye muri uwo murenge umukecuru witwa Jeanne Kankindi yahinze igihingwa cy’imyumbati gusa muri iki gihembwe cy’ihinga. Avuga ko ubuyobozi bwababwiye ko iki gikorwa kizabafasha mu kongera umusaruro wabo ukomoka ku buhinzi ariko magingo ngo ntarumva aho umusaruro utubutse uzava bahinga igihingwa kimwe. Ubwo yaganiraga n’umunyamakuru wa kigali today Kankindi yagize ati : “Mbere nihingiraga ibijumba mu masaka ngashyiramo n’amateke ubwo habaga harimo n’urutoki. Nashoboraga gusarura imyaka y’ubwoko butandukanye mu gihe kimwe kandi mu murima umwe, sinzi rero niba imyumbati gusa izabasha kuntungira umuryango“. Nubwo Kankindi avuga ko yasaruraga imyaka itandukanye yemera ko umusaruro wabaga ari muke ntabashe kwihaza no gusagurira isoko. Akeka ko kutabona umusaruro uhagije biterwa no kudafumbira umurima we kkuko nta tungo afite. Umuyobozi ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu murenge wa Huye, Séraphine Kayitesi, avuga ko impamvu abaturage batabasha kubona umusaruro utubutse bituruka ahanini no kutumva akamaro ko guhinga igihingwa kimwe. Avuga ko umuturage bamwereka inzira nziza zo kugirango umusaruro we wiyongere ariko kubyumva bikagorana. Kayitesi yizeye ko bazabona amasoko y’imyaka abaturage bazeza. Avuga ko umuturage wahinze igihingwa kimwe abasha kugurisha ibyo yejeje akaba yabasha guhaha ibindi akeneye. Ati : “Nk’ubu umuturage wahinze ibigori akeza imifuka itanu ashobora kugurishamo itatu, akabasha kugura ibyo urugo rukeneye, akaba yanakwizigamira. Ashobora no kugurana na mugenzi we wahinze ibishyimbo cyangwa ikindi”. Abaturage bo mu murenge wa Huye bashishikarizwa guhinga igihingwa kimwe kugirango bungere umusaruro. Muri iki gihembwe cy’ihinga abaturage bahawe imbuto z’igihingwa cyatoranijwe bakanabahagarikira kugirango batazitera nabi cyangwa ngo bazivange n’indi myaka. Gerard GITOLI Mbabazi
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/inzoga-ikoze-mu-myumbati-yashyizwe-ku-isoko
Inzoga ikoze mu myumbati yashyizwe ku isoko
Inkuru dukesha BBC ivuga ko ubusanzwe hari abantu bari basanzwe bakora ibinyobwa bitandukanye bikoze mu myumati cyangwa mu bindi binyabijumba ariko ikibazo kikaba aruko ibyo binyobwa bishobora kugira ingaruka zirimo n’urupfu. Abahagarariye SABMiller batangaza ko inzoga bakoze nta kibazo izatera ku buzima bwa muntu. Iyo nzoga yakorewe mu gihugu cya Mozambique. Uru ruganda ruvuga ko buri mwaka bizajya bisaba toni ibihumbi mirongo ine z’imyumbati zo gukora iyo nzoga. Ibi byatumye bamwe mu bahinzi bavuga ko bizatuma inzara yiyongera muri Afurika kuko imyumbati ari kimwe mu bihingwa bifitiye akamaro kanini abanyafurika mu bijyanye n’imirire. Uruganda rwa SABMiller rukomoka mu Bwongereza; rwakoze umushinga wo guha akazi abahinzi barenga 1500 bahinga imirima myinshi y’imyumbati. Norbert NIYIZURUGERO
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/inzara-iragenda-igabanuka-mu-rwanda
Inzara iragenda igabanuka mu Rwanda
U Rwanda ruri mu bihugu 26 (Demokarasi ya Kongo, Burundi, Afrika y’epfo, Zambia, India, Sierra Leone, Ethiopia, Rwanda, Liberia, Tanzania, Guatemala, Nepal, Pakistan, Mozambique, Cambodia, Resotho, Vietnam, Kenya, Malawi, China, Brazil, Nigeria, Uganda, Gambia, Senegal na Ghana) byibasiwe n’ihindagurika ry’ikirere ariko ruza ku mwanya wa kane mu bihugu byafashe ingamba zihamye zo guhangana n’icyo bibazo no kugikemura. Nkuko Umuyobozi wa Action Aid mu Rwanda, Josephine Uwamariya, abitangaza mu rwego rwo gufasha abanyarwanda kurwanya inzara,umuryango Action Aid International wahisemo gufasha abagore bakora umwuga w’ubuhinzi mu Rwanda. Ubu ubushakashatsi bugaragaza ko abagore bagize 77% by’abantu bitabira ibikorwa by’ubuhinzi mu Rwanda. Ibi nibyo byatumye imbaraga nyinshi zishyirwa ku bagore mu rwego rwo kubafasha kuzamura umusaruro w’ubuhinzi kuko byagaragaye ko ari bo babwitabira kurusha abagabo mu Rwanda. Uwamariya yatangaje ko imbaraga z’abagore zitewe inkunga zagira icyo zitanga bityo umusaruro w’ubuhinzi ukiyongera; akaba ari imwe mu mpamvu zatuma inzara icika burundu mu Rwanda ndetse n’abaturage bakihaza mu biribwa. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/bugesera-nyuma-y-inzara-yaharanzwe-ubu-karahahira-utundi-turere
Bugesera: Nyuma y’inzara yaharanzwe ubu karahahira utundi turere
Mu myaka yashize cyane cyane umwaka w’2000, Akarere ka Bugesera kagaragayemo ikibazo cy’amapfa akabije, hari abantu bicwaga n’inzara abandi bagasuhuka. Muri iki gihe uhatembereye ushobora kugira ngo ni amateka cyangwa se ni amakabyankuru y’abantu, abenshi mu baturage hari bahatuye nibo bivugira ko nta kibazo cy’inzara kihaherutse. Niyonzima Joseph w’imyaka 45 utuye mu Murenge wa Nyamata, Akagari ka Maranyundo, amaze imyaka 16 muri aka Karere avuga ko inzara yatangiye kugaragara muri Bugesera mu mpera y’1999 ariko ikaza gukaza umurego mu mwaka w’2000. Avuga ko muri icyo gihe ibintu byose byari byarabuze kuva ku biryo mvaruganda kugeza ku bijumba bihingiraga. Agira ati “Umva ibijumba ari ibijumba, icyo gihe inaha byaribwaga n’umuntu ufite imodoka, ndakubwiza ukuri ko nta mukene wapfaga kubyigondera”. Niyonzima yongeraho ko impamvu yateraga ibyo byose ari uko izuba ryari ryaracanye ku buryo batirirwaga bahinga n’uwahinganga ntiyeze. Avuga ko icyo igihe ahantu hapfaga kwera ibijumba hari mu bishanga kandi byajyaga kubageraho byahenze. Yongeraho ko mu mwaka w’2000 abantu bishwe n’inzara ku buryo bukabije mu duce twa Gashora, Ngenda, Gahembe na Maranyundo aho abandi barasuhuka. Ati “icyo gihe abagabo benshi barahungaga kubera kubura icyo bagaburira imiryango yabo, naho abagore bakishyira mu migozi kubera kubura icyo bagaburira abana babo”. Mukanzaramba Feresita ni umugore w’imyaka 62 y’amavuko atuye mu Murenge wa Mayange, avuga ko ikintu cyaje kubarokora ari uko mu Bugesera haje imishinga imwe n’imwe igatangira kubaha imfashanyo z’ibiribwa. Agira ati : “Muri icyo gihe tutarabona imfashanyo uwo amahirwe yasekeraga yabonaga rukacarara. Icyo gihe twayitaga shira umuteto kuko mbere wasangaga hari abantu batarya umutsima w’amasaka”. Gusa abatuye muri aka gace bavuga ko ibintu bisa n’ibyasubiye mu buryo kuko ubu imyaka irera abantu bakabona ibiryo. Bavuga ko iyo ufite inoti y’igihumbi urya amanywa n’ijoro. Nyirabitanga Jolie nawe utuye mu Bugesera avuga ko ubu nta nzara ikiharangwa, ko ubu aka karere gahagaze neza, ku isoko ibintu biraboneka. Ibiboneka kurusha ibindi harimo imboga, ibishyimbo, imyumbati, inanasi, ibigori n’ibindi. Ugeze mu isoko rya Nyamata mu gice gicururizwamo imboga, abacuruzi bazo nabo bemeza ko imboga ziboneka ku bwinshi. Mukarwema Annonciata, umucuruzi muri iri soko rya Nyamata umaze imyaka igera kuri 7 acuruza, avuga ko ibicuruzwa byabonetse nyuma y’aho mbere gucuruza byasaga n’ibigoranye kubera ko baburaga aho barangurira. Agira ati : “Ibintu biriho. Ikibigaragaza ni uko inyanya, intoryi n’izindi kandi urabona ko na hano mu isoko abacuruza imboga babaye benshi kandi n’abo mu tundi Turere basigaye baza kurangura hano”. Aganira na kigalitoday.com Rwagaju Louis uyobora Akarere ka Bugesera avuga ko icyatumye inzara igabanuka muri aka karere ngo ni uko leta yafashe ingamba zo gutera ibiti n’amashyamba hirya no hino muri kariya gace. Avuga ko iterwa ry’ibiti ryatumye imvura itangira kugwa n’imyaka ikaboneraho gutangira kwera. Ati “Ubu hari ibicuruzwa abacuruzi b’ i Kigali baza kurangura inaha ndetse n‘ubu dufitanye ubuhahirane n’Intara ya Kirundo yo mu gihugu cy’u Burundi”. Yongeraho ko ibi byose babigezeho bakangurira abaturage gukora cyane guhinga, kuzigama no gukora imirimo itegamiye ku buhinzi gusa. Muri ako Karere hari igihe cyageze bitoroshye kubona n’igiti kubera izuba ryari ryarahibasiye, Umuntu yashoboraga no gusanga amatungo yapfiriye ku nzira kubera kubura ubwatsi n’amazi kuko hendaga kuba ubutayu. Egide Kayiranga
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/ikawa-n-icyayi-ibihingwa-bifitiye-runini-u-rwanda
Ikawa n’icyayi: ibihingwa bifitiye runini u Rwanda
Nk’uko Ntakirutimana Corneille, umuyobozi mukuru wungurije ushinzwe kuzamura umusaruro w’ibyoherezwa mu mahanga mu Rwanda mu kigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku byoherezwa mu mahanga( NAEB) abitangaza, ibi bihingwa nibyo byinjiza amadevize menshi ugereranije n’ibindi byoherezwa mu mahanga bivuye mu Rwanda. Ibi bihingwa kandi bigirira akamaro kanini umuhinzi wabyo kuko bimuzanira amafaranga. Kugeza ubu umuhinzi w’icyayi ahabwa amafaranga ijana ku kiro cy’amababi y’icyayi ari ku kigero cy’ubwiza kiri hagati ya 65% na 69%. Naho ku cyayi kiri ku bwiza bwa 70% kugeza ku 100% umuhinzi ahabwa amafaranga 105 ku kiro ariko hari n’inganda zimwe zishobora kuyarenza. Muri uyu mwaka igiciro cy’ikawa cyavuye ku mafaranga 200 ku kiro cy’ibitumbwe kigera ku mafaranga 350. Ibi bikaba biterwa n’uko igiciro cy’ikawa cyagiye kizamuka ku masoko mpuzamahanga. Amafaranga avuye muri ibi bihingwa afasha abahinzi kongera umusaruro ndetse no kwikenura kuko iyo umuhinzi aguriwe ku giciro cyiza nawe agira umwete wo kongera umusaruro kugira ngo yeze byinshi. Bimwe mu bihugu kawa ikunze kugurishwamo harimo leta zunze ubumwe z’Amarika,Ubuyapani ndetse na bimwe mu bihugu by’Iburayi. icyayi gikunze kubona amasoko mu bihugu by’Abayisiramu, iby’Abarabu ndetse na bimwe mu bihugu by’Iburayi. Nk’uko Corneille aritangaza, Abanyarwanda ntibitabira cyane kunywa icyayi n’ikawa. Avuga ko Abanyanyarwanda bakwiriye kuba isoko ry’ibyo beza ntibatege amasoko ku banyamahanga gusa. Umwaka ushize umusaruro w’icyayi woherejwe hanze urenga toni 21.000 zinjije akayabo kagera kuri miliyoni 56 z’amadorari y’Amerika. Umusaruro wa Kawa woherejwe hanze ugera kuri toni 17.000 zinjije miliyoni 55 z’amadorari y’Amerika. Corneille avuga ko ibi bihingwa bifasha cyane igihugu kuko bituma ubukungu bw’igihugu kuzamuka ndetse bigatuma u Rwanda rugira ijambo ku rwego mpuzamahanga. Aya madevize kandi afasha u Rwanda kugura ibicuruzwa rukura hanze rudahenzwe. Avuga ko u Rwanda rweza umusaruro muke ugereranyije n’ibihugu duturanye ariko ko icyari n’ikawa by’u Rwanda bifite uburyohe kurusha ibyo muri ibyo bihugu. Nk’uko Ntakirutimana Corneille yabidutangarije, ikawa zihingwa hafi mu gihugu hose ariko zibanze cyane mu Ntara y’Amajyepfo ndetse n’iy’Iburengerazuba kuko ariho hari ubuso bunini bw’iki gihingwa. Icyayi cyo kibanze ahanini mu Ntara y’Uburengerazuba mu misozi miremire y’isunzu rya Congo Nil ndetse n’iy’Amajyepfo y’u Rwanda cyane mu turere twa Nyaruguru na Nyamagabe. Mu ntara y’Iburengerazuba hari inganda esheshatu hakaba hanateganywa kubakwa izindi nganda eshatu mu rwego rwo kuzamura ubwiza bw’umusaruro w’icyayi. Mu Ntara y’Amajyaruguru hari inganda z’icyayi nka Mulindi muri Gicumbi na Sorwathe mu karere ka Rulindo. Mu rwego rwo kongera umusaruro uturuka kuri ibyo bihingwa ndetse n’ibindi byoherezwa mu mahanga (imboga, imbuto n’ibireti), harateganywa kongerwa ubuso bihingwaho mu gihugu hose. Urugero: mu ntara y’Amajyepfo n’iy’Iburengerazuba hegitali 2545 ziziyongera kuri hegitali 19000 zisanzwe ku cyayi; hari ubutaka bwo muri Gishwati bugera kuri hegitali 12000 bugahingwaho icyayi. Ikawa yo hakazongerwaho hegitali 7100 ku zahingwaga. Iyi gahunda ikazakorwa muri uyu mwaka wa 2011-2012. Abaturage bakaba basabwa kuzitabira guhinga ibi bihingwa mu rwego rwo kurushaho kwizamura no kuzamura umusaruro w’ibyoherezwa mu mahanga muri rusange. Imboga, imbuto ndetse n’ibireti nabyo bizongererwa ubuso ndetse cyane mu Ntara y’amajyaruguru ndetse no mu Ntara y’uburengerazuba bw’amajyaruguru. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/Igihembwe-cy-ihinga-cya-2012-A-kizagira-imvura-ihagije-muri-rusange-Twahirwa
Igihembwe cy’ihinga cya 2012 (A) kizagira imvura ihagije muri rusange: Twahirwa Antoine
Iyi mvura izagwa mu buryo buhagije mu gihe cy’amezi 3 nk’uko isesengura ry’ibipimo byakozwe na Service y’ubumenyi bw’ikirere ryabyerekanye. Gusa ngo mu turere tumwe na tumwe imvura izagwa ariko igende igabanuka uko ibihe bizagenda bishira. Tumwe mu turere tuzabonekamo imvura nyinshi kurusha utundi cyane mu turere tw’imisozi miremire cyane mu majyaruguru n’igice kimwe cy’intara y’Iburengerazuba. Ibi bikaba byaratangajwe n’umuyobozi wa Service y’iteganyagihe muri Service y’ubumenyi bw’ikirere Twahirwa Antoine. Muri turere tuzabonekamo imvura nyinshi harimo Gicumbi, Burera, Musanze, Ngororero, Nyabihu, Nyaruguru, Nyanza, Muhanga, Kamonyi, Nyamagabe, Huye, Ruhango, Rubavu, Gakenke na Rulindo. Icyakora mu Ntara y’iburasirazuba ,kubera uko hateye,kuba hatagira imisozi ifata imiyaga ifite ubuhehere bw’umwuka bityo bigatuma ihuhwa n’umuyaga ikigira ahandi, ngo ni nayo mpamvu hadakunze kuboneka imvura nyinshi nk’ahandi mu Rwanda. Gusa ngo imvura ubu izagwayo ihagije, ariko izagenda igabanuka uko izagenda igwa, ibi bikaba bidakwiye gutera impungenge abazakora imirimo itandukanye . Tumwe mu turere tuzagwamo imvura ihagije ariko ikazagenda igabanuka uko izagenda igwa,harimo Rusizi, Nyamasheke, Karongi, Rutsiro, Rubavu, Nyagatare, Ngoma, Kirehe, Rwamagana, Gatsibo, Kayonza, Bugesera, Gasabo, Kicukiro, Nyarugenge ndetse na Gisagara. Twinshi muri utu turere tukaba ari utw’intara y’iburasirazuba kubera imiterere yayo. Gusa ngo iteganyagihe risesengura ibipimo by’imvura bafite hanyuma bakabigeza kuri Minisiteri ifite ubuhinzi n’ubworozi mu nshingano zayo, ari nayo igira abahinzi inama y’ibyo bahinga bitewe n’ibihe by’imvura biriho. Kugeza ubu mu Ntara zitandukanye ubuhinzi bukaba bwaritabiriwe ku buryo bushimishije, ndetse iki gihembwe cy’ihinga cya 2012 (A) kikaba kirimo kugenda neza nk’uko Musabyimana Innocent, umuyobozi mukuru ushinzwe iby’ubuhinzi mu kigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi (RAB) abitangaza. Yongeraho ko ugereranije n’uko intara zagiye zitabira ubuhinzi mu ntara y’iburengerazuba bageze hafi kuri 80% batera , mu Majyaruguru bageze kuri 90% y’ubutaka bugomba guhingwa no guterwa ,mu Burasirazuba ho bageze kuri 60% naho mu majyepfo bakaba bageze kuri 50%. Impamvu mu majyepfo bari bakiri hasi Musabyimana avuga ko imvura yaguye itinze ku buryo ubutaka bwari butarasoma. Ikindi usanga abafite ubutaka bunini bagenda baba hirya no hino mu migi kuburyo baba batabwegereye ngo bahite babuhinga. Iyi mibare y’aho abaturage bageze bahinga ikaba ishobora guhinduka nk’uko Musabyimana abivuga kuko bashyize ingufu nyinshi mu kubakangurira guhinga hakiri kare imvura ikiriho. Uturere twa Nyanza,Kamonyi na Muhanga mu Ntara y’Amajyepfo tukaba ari two twari turi inyuma ugereranije n’utundi mu kwitabira gahunda y’ubuhinzi. Abahinzi b’Intara y’Iburasirazuba bakaba bakangurirwa n’ikigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi guhinga vuba kuko agace k’uburasirazuba imvura ikunze gucika mbere muri ako gace nk’uko Musabyimana yabitangaje. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/Ibura-ry-amasoko-y-ibihingwa-nka-Macadamia-Moringa-na-Jatrofa-biteje-igihombo
Ibura ry’amasoko y’ibihingwa nka Macadamia,Moringa na Jatrofa biteje igihombo abahinzi.
Mutibagirana okomeza avuga ko batangiye kubihinga babishishikarijwe na Leta ndetse bizezwa ko bazabona n’amasoko. Mu mwaka wa 2006 batangiye kubona umusaruro wabyo ariko kugeza ubu nta masoko barabona ku buryo bamwe bakiwubitse abandi bacitse intege kuko bari barashoyemo amafaranga bakaba babifata nk’igihombo. Bamwe muri abo bahinzi batangiye gutema ibiti by’ubu bwoko bw’ibihingwa kuko nubwo bitanga umusaruro nta masoko bifite. Mutibagirana Evariste,avuga ko urugemwe rumwe gusa rwa Macadamia baruguraga amafaranga agera ku gihumbi. Mutibagirana:umwe mu bahombejwe n’ibi bihingwa umuhinzi mworozi w’intangarugero mu Rwanda no mu Karere ka Rwamagana, akaba atuye mu murenge wa Karenge. Azwiho kuba ari umuhinzi wa mbere mu Rwanda ku buhinzi bw’ibitoki biribwa bizwi ku izina ry’injagi ndetse n’ubuhinzi bw’imyumbati. Ubu ageze ku gitoki kimwe gipima ibiro 156 n’umwumbati umwe upima ibiro 150. Yegukanye igikombe cy’umuhinzi witwaye neza mu Rwanda mu buhinzi bw’imyumbati n’urutoki mu mwaka wa 2009 agihawe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame. Nubwo ariko Mutibagirana afite ubuhinzi buteye imbere atyo,avuga ko nawe yahinze Moringa ndetse na Macadamia mu bahinzi ba mbere babihinze.Ubu buhinzi avuga ko babukoze babushishikarijwe na Leta babwirwa ko bazabona amasoko. Bikaba byaratumye nawe arushaho gushishikariza abandi baturanye guhinga Macadamia na Moringa ku buryo we ubwe yahise anitabira gutubura imbuto za Macadamia kugirango zigere ku baturage baturanye ari nyinshi kuko zabonekaga gusa ahitwa muri Rugende kwa Paki. Mu mwaka wa 2006, nibwo ibihingwa nka Moringa na Macadamia byatangiye gutanga umusaruro. Icyakora ngo nta masoko bigeze babona yabyo. Ibyo byatumye bacika intege kuburyo hari n’abahise babitema kuko benshi babihingaga ahari indi myaka nk’urutoki bakayirandura nk’uko Ufitinema Ferdinand umwe mu bahinzi ba Macadamia unatubura imbuto mu gishanga cya Rugende yabitangaje. Mutibagirana Evariste,kugeza ubu avuga ko abitse ibiro 300 bya Moringa yaburiye isoko kuva mumyaka itanu ishize, hakaba hari nabagenzi be azi bafite ibiro birenga 1000. Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cyita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga (NAEB) arahumuriza abahinzi b’ibi bihingwa Kuri iki kibazo cy’amasoko y’ibihingwa nka Macadamia,Jatrofa na Moringa, umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cyita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga NAEB, Kanyankore Alexis avuga ko gushakisha amasoko y’ibi bihingwa bikiri mu nyigo. Yongeraho ko harimo gushakwa Rwiyemezamirimo washyiraho uruganda rwajya rutunganya umusaruro wa Macadamia,bityo nyuma yaho hakaba hakusanywa umusaruro wazo ugatunganywa. Ibyo bizatuma umusaruro wazo utunganije uhabwa agaciro kurusha uko waba umeze udatunganije. Kanyankore,yanavuze ko mu gihe cy’umwaka 1 bateganya ko Rwiyemezamirimo washyiraho uruganda rutunganya umusaruro wa Macadamia yaba yabonetse. Umuyobozi wa NAEB Kanyankore Alexis, yongeraho ko igihe umusaruro wa Macadamia uzaba watunganijwe uzabona amasoko,hirya no hino haba mu mahoteri, mu ma resitora no mu ma supermarché.Gusa ngo abafite umusaruro w’ibyo bihingwa bakaba bakwegera ikigo cy’igihugu kita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga (NAEB) kikaba cyabibafashamo igihe bazaba berekana umusaruro bafite. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/gira-inka-munyarwanda-umwe-mu-mihigo-cy-icyerekezo-2020
GIRA INKA MUNYARWANDA: UMWE MU MIHIGO CY’ICYEREKEZO 2020
Zimwe mu ntego z’iyi gahunda zijyanye n’icyerekezo 2020 urwanda rwihaye, harimo gufasha imiryango itishoboye kubasha kugira icyororo muri gahunda yo kurwanya ubukene n’indwara zituruka kumirire mibi; kwongera umusaruro uturuka kumatungo nk’amata n’ibiyakomokaho, nk’inyama…; gufasha abanyarwanda kubona ifumbire ndetse no kwagura umubano mu muco mwiza wo kugabirana inka mubanyarwanda… Gahunda ya gira inka munyarwanda igizwe n’ibyiciro bibiri ari byo:gira inka ngabirano na gira inka nguzanyo. Muri gahunda ya gira inka ngabirano imiryago icyennye izajya ihabwa inka kubuntu hanyuma uko izagenda yororoka nayo izagende yoroza abaturanyi bityo bityo… naho muri gahunda ya gira inka nguzanyo hazafashwa umuryango wujuje ibisabwa kuzahabwa inguzanyo kugirango ubashe kugura inka yo kworora. muri ibyo bisabwa harimo kuba harateguye ibiraro bijyanye n’ubworozi bwa kijyambere ,kubauyihabwa afite imirima y’ubwatsi buzatunga iyo inka … Kugeza ubu aho iyi gahunda yageze batangiye kuragizanya, kworoza abandi no kuziturirana ,abana baranywa amata… aha twavuga nko mukarere ka kamonyi mu ntara y’amajyepfo no muri rwamagana mu ntara y’uburasira zuba aho kuwa 2 ukwakira imiryango igera kuri 40 yahawe inka igabiwe n’abandi banyarwanda. Ubusanzwe hateganijwe kworozwa imiryango igera kuri 257 000 ikennye kurusha indi mu gihugu hose kugeza ubu hakaba hamaze kworozwa imiryango 92 000. Marie Josée IKIBASUMBA
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/hadutse-indwara-y-imyumbati-ishobora-kuba-icyorezo-fao
Hadutse indwara y’imyumbati ishobora kuba icyorezo – FAO
Ishami y’umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa ndetse n’ubuhinzi(FAO) rivuga ko indwara yitwa Cassava Brown Streak Disease (CBSD) ishobora kuba icyorezo. Ibyo babivuga bahereye ku kuba mu mwaka wa 2006 iyo ndwara yaragaragaye mu gihugu cya Uganda. Mu mezi make ashize kandi iyo ndwara yagaragaye mu Burundi no muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. FAO ivuga ko bigoye komenya aho iyo ndwara igeze kuko ititaweho bikomeye. Umwe mu bahagarariye FAO witwa Robson atangaza ko ikibazo gikomeye ari uko umuhinzi ashobora kugira ngo afite imyumbati myiza nyamara irwaye bitewe n’uko ibimenyetso by’iyi ndwara bigaragarira ku mizi gusa. FAO itangaza ko icyo kibazo giteye inkeke. Ngo ni ngombwa ko hafatwa ingamba zikomeye zo kuyirwanya kuko nta bwoko na bumwe bw’imyumbati buhabwa abahinzi bo muri Afrika bushobora guhangana n’iyo ndwara. FAO ivuga ko hari ingamba zishobora gufatwa maze iyo ndwara ntikomeze gukwira ahantu henshi. Muri izo ngamba harimo gucungira hafi ikwirakwizwa ry’imyumbati igomba guterwa ndetse no gukangurira abahinzi kurandura inyumbati babonye ko yafashwe n’iyi ndwara. Abahanga bo muri FAO bavuga ko bari gusiganwa n’igihe kugira ngo barwanye iyo virusi. Bakaba bahamagarira amahanga kubatera inkunga. Bakaba bifuza guha amahugurwa abahinzi ndetse no guhagarika ihanahana ry’icyo gihingwa kirwaye hagati y’uturere. Kuri ubu amoko umunani y’igihingwa cy’imyumbati ari kugeragezwa n’ikigo mpuzamahanga cyita ku buhinzi (International Institute of Tropical Agriculture). Ayo moko akaba ashobora guhangana n’iyo ndwara kuburyo mu myaka ibiri iri imbere ngo izatangwa ku bahinzi benshi. Imyumbati ni kimwe mu bihingwa bifitiye akamaro isi muri rusange. Kuburyo muri Afurika ho ifatiye runini abantu benshi kuko ntabwo ikangwa n’ubutaka butera cyangwa se imvura nke. BBC itangaza ko imyumbati ikunze kwibasirwa n’indwara zitandukanye zituma idatanga umusaruro ukwiye. Hari n’aho indwara ziyibasira ku buryo bitera inzara ikomeye. Uretse rero izo ndwara FAO ivuga ko hadutse indi virusi nayo yibasiye igihingwa cy’imyumbati mu karere k’Afrika y’iburasirazuba. Norbert NIYIZURUGERO
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/NAEB-na-SOPYRWA-bafashe-ingamba-zo-guteza-imbere-Ibireti
NAEB na SOPYRWA bafashe ingamba zo guteza imbere Ibireti
Umuyobozi wa NAEB, Ntakirutimana Corneille, avuga ko ibireti birimo gucika kubera imbuto itari nziza yakoreshwaga n’abahinzi. Avuga ko bagiye gushakira abaturage imbuto nziza y’ibireti izajya itanga umusaruro kurusha iyari isanzwe kandi idasaza vuba. Uretse gushaka imbuto year cyane, NAEB na SOPYRWA bafite gahunda yo guteza imbere iki gihingwa ku buso gihingwaho. Ikindi biyemeje ni ugushishikariza abaturage basanzwe bahinga iki gihingwa kurushaho gushyira ingufu mu buhinzi bwacyo. Nk’uko Ntakirutimana akomeza abisobanura, imbuto yakoreshwaga ni ibitsinsi by’ibireti kandi ntibitanga umusaruro ushimishije. Ibi bituma umusaruro ugenda urushaho kugabanuka kubera ko abahinzi bacika integer zo gukomeza guhinga ibitera. Ubuhinzi bw’ibireti buzajya bukorwa mu buryo bushya. Mu gihe mu bihe abahinzi bateraga ibitsinsi by’ibireti, ubu noneho uburyo bushya ni uguhumbika umurama hanyuma abahinzi bagatera ingemwe z’ibireti zivuye muri buhumbikiro. Ibireti bihinzwe muri ubu buryo bitanga umusaruro ukubye inshuro eshatu uw’ibiterwa ari ibitsinzi bitanga kandi bikaba bitanasaza vuba. NAEB yateguye gahunda yo gushakira abahinzi umurama w’ibireti ugera kuri toni 3 by’imbuto nziza. Si NAEB gusa yateguye uyu murama kuko na sosiyete nyarwanda itunganya umusaruro w’ibireti SOPYRWA yateguye umurama ungana n’ibiro 2000 ugomba guhumbikwa ugaterwa n’abahinzi mu rwego rwo kuzamura iki gihingwa. Kugeza ubu ubuso bw’ubutaka bugomba guterwaho ibireti bugera kuri hegitali 3000 mu Rwanda. Mu ntangiro z’ukwezi kwa 10 habaye umunsi w’abahinzi b’ibireti mu Rwanda. kuva muri uko kwezi, abaturage batangiye gufashwa guhumbika ingemwe nshya mu gihe bitegura guhinga. Ibireti ni kimwe mu bihingwa ngengabukungu bihingwa mu Rwanda. Gikunze kuboneka mu turere tw’imisozi miremire yo mu burengerazuba bw’u Rwanda ndetse no mu duce tw’imisozi y’amajyaruguru y’uburengerazuba. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/huye-abaturage-ntibarumva-akamaro-ko-guhuza-ubutaka
Huye: abaturage ntibarumva akamaro ko guhuza ubutaka
Iyo ugeze mu murenge wa Huye, ubona imirima itari mike ihinzemo ibihingwa bivanze. Hari aho usanga ibishyimbo, ibigori ndetse n’urutoki bihinze mu murima umwe. Kimwe n’abandi batuye muri uwo murenge umukecuru witwa Jeanne Kankindi yahinze igihingwa cy’imyumbati gusa muri iki gihembwe cy’ihinga. Avuga ko ubuyobozi bwababwiye ko iki gikorwa kizabafasha mu kongera umusaruro wabo ukomoka ku buhinzi ariko magingo ngo ntarumva aho umusaruro utubutse uzava bahinga igihingwa kimwe. Ubwo yaganiraga n’umunyamakuru wa kigali today Kankindi yagize ati : “Mbere nihingiraga ibijumba mu masaka ngashyiramo n’amateke ubwo habaga harimo n’urutoki. Nashoboraga gusarura imyaka y’ubwoko butandukanye mu gihe kimwe kandi mu murima umwe, sinzi rero niba imyumbati gusa izabasha kuntungira umuryango“. Nubwo Kankindi avuga ko yasaruraga imyaka itandukanye yemera ko umusaruro wabaga ari muke ntabashe kwihaza no gusagurira isoko. Akeka ko kutabona umusaruro uhagije biterwa no kudafumbira umurima we kkuko nta tungo afite. Umuyobozi ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu murenge wa Huye, Séraphine Kayitesi, avuga ko impamvu abaturage batabasha kubona umusaruro utubutse bituruka ahanini no kutumva akamaro ko guhinga igihingwa kimwe. Avuga ko umuturage bamwereka inzira nziza zo kugirango umusaruro we wiyongere ariko kubyumva bikagorana. Kayitesi yizeye ko bazabona amasoko y’imyaka abaturage bazeza. Avuga ko umuturage wahinze igihingwa kimwe abasha kugurisha ibyo yejeje akaba yabasha guhaha ibindi akeneye. Ati : “Nk’ubu umuturage wahinze ibigori akeza imifuka itanu ashobora kugurishamo itatu, akabasha kugura ibyo urugo rukeneye, akaba yanakwizigamira. Ashobora no kugurana na mugenzi we wahinze ibishyimbo cyangwa ikindi”. Abaturage bo mu murenge wa Huye bashishikarizwa guhinga igihingwa kimwe kugirango bungere umusaruro. Muri iki gihembwe cy’ihinga abaturage bahawe imbuto z’igihingwa cyatoranijwe bakanabahagarikira kugirango batazitera nabi cyangwa ngo bazivange n’indi myaka. Gerard GITOLI Mbabazi
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/inzoga-ikoze-mu-myumbati-yashyizwe-ku-isoko
Inzoga ikoze mu myumbati yashyizwe ku isoko
Inkuru dukesha BBC ivuga ko ubusanzwe hari abantu bari basanzwe bakora ibinyobwa bitandukanye bikoze mu myumati cyangwa mu bindi binyabijumba ariko ikibazo kikaba aruko ibyo binyobwa bishobora kugira ingaruka zirimo n’urupfu. Abahagarariye SABMiller batangaza ko inzoga bakoze nta kibazo izatera ku buzima bwa muntu. Iyo nzoga yakorewe mu gihugu cya Mozambique. Uru ruganda ruvuga ko buri mwaka bizajya bisaba toni ibihumbi mirongo ine z’imyumbati zo gukora iyo nzoga. Ibi byatumye bamwe mu bahinzi bavuga ko bizatuma inzara yiyongera muri Afurika kuko imyumbati ari kimwe mu bihingwa bifitiye akamaro kanini abanyafurika mu bijyanye n’imirire. Uruganda rwa SABMiller rukomoka mu Bwongereza; rwakoze umushinga wo guha akazi abahinzi barenga 1500 bahinga imirima myinshi y’imyumbati. Norbert NIYIZURUGERO
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/inzara-iragenda-igabanuka-mu-rwanda
Inzara iragenda igabanuka mu Rwanda
U Rwanda ruri mu bihugu 26 (Demokarasi ya Kongo, Burundi, Afrika y’epfo, Zambia, India, Sierra Leone, Ethiopia, Rwanda, Liberia, Tanzania, Guatemala, Nepal, Pakistan, Mozambique, Cambodia, Resotho, Vietnam, Kenya, Malawi, China, Brazil, Nigeria, Uganda, Gambia, Senegal na Ghana) byibasiwe n’ihindagurika ry’ikirere ariko ruza ku mwanya wa kane mu bihugu byafashe ingamba zihamye zo guhangana n’icyo bibazo no kugikemura. Nkuko Umuyobozi wa Action Aid mu Rwanda, Josephine Uwamariya, abitangaza mu rwego rwo gufasha abanyarwanda kurwanya inzara,umuryango Action Aid International wahisemo gufasha abagore bakora umwuga w’ubuhinzi mu Rwanda. Ubu ubushakashatsi bugaragaza ko abagore bagize 77% by’abantu bitabira ibikorwa by’ubuhinzi mu Rwanda. Ibi nibyo byatumye imbaraga nyinshi zishyirwa ku bagore mu rwego rwo kubafasha kuzamura umusaruro w’ubuhinzi kuko byagaragaye ko ari bo babwitabira kurusha abagabo mu Rwanda. Uwamariya yatangaje ko imbaraga z’abagore zitewe inkunga zagira icyo zitanga bityo umusaruro w’ubuhinzi ukiyongera; akaba ari imwe mu mpamvu zatuma inzara icika burundu mu Rwanda ndetse n’abaturage bakihaza mu biribwa. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/bugesera-nyuma-y-inzara-yaharanzwe-ubu-karahahira-utundi-turere
Bugesera: Nyuma y’inzara yaharanzwe ubu karahahira utundi turere
Mu myaka yashize cyane cyane umwaka w’2000, Akarere ka Bugesera kagaragayemo ikibazo cy’amapfa akabije, hari abantu bicwaga n’inzara abandi bagasuhuka. Muri iki gihe uhatembereye ushobora kugira ngo ni amateka cyangwa se ni amakabyankuru y’abantu, abenshi mu baturage hari bahatuye nibo bivugira ko nta kibazo cy’inzara kihaherutse. Niyonzima Joseph w’imyaka 45 utuye mu Murenge wa Nyamata, Akagari ka Maranyundo, amaze imyaka 16 muri aka Karere avuga ko inzara yatangiye kugaragara muri Bugesera mu mpera y’1999 ariko ikaza gukaza umurego mu mwaka w’2000. Avuga ko muri icyo gihe ibintu byose byari byarabuze kuva ku biryo mvaruganda kugeza ku bijumba bihingiraga. Agira ati “Umva ibijumba ari ibijumba, icyo gihe inaha byaribwaga n’umuntu ufite imodoka, ndakubwiza ukuri ko nta mukene wapfaga kubyigondera”. Niyonzima yongeraho ko impamvu yateraga ibyo byose ari uko izuba ryari ryaracanye ku buryo batirirwaga bahinga n’uwahinganga ntiyeze. Avuga ko icyo igihe ahantu hapfaga kwera ibijumba hari mu bishanga kandi byajyaga kubageraho byahenze. Yongeraho ko mu mwaka w’2000 abantu bishwe n’inzara ku buryo bukabije mu duce twa Gashora, Ngenda, Gahembe na Maranyundo aho abandi barasuhuka. Ati “icyo gihe abagabo benshi barahungaga kubera kubura icyo bagaburira imiryango yabo, naho abagore bakishyira mu migozi kubera kubura icyo bagaburira abana babo”. Mukanzaramba Feresita ni umugore w’imyaka 62 y’amavuko atuye mu Murenge wa Mayange, avuga ko ikintu cyaje kubarokora ari uko mu Bugesera haje imishinga imwe n’imwe igatangira kubaha imfashanyo z’ibiribwa. Agira ati : “Muri icyo gihe tutarabona imfashanyo uwo amahirwe yasekeraga yabonaga rukacarara. Icyo gihe twayitaga shira umuteto kuko mbere wasangaga hari abantu batarya umutsima w’amasaka”. Gusa abatuye muri aka gace bavuga ko ibintu bisa n’ibyasubiye mu buryo kuko ubu imyaka irera abantu bakabona ibiryo. Bavuga ko iyo ufite inoti y’igihumbi urya amanywa n’ijoro. Nyirabitanga Jolie nawe utuye mu Bugesera avuga ko ubu nta nzara ikiharangwa, ko ubu aka karere gahagaze neza, ku isoko ibintu biraboneka. Ibiboneka kurusha ibindi harimo imboga, ibishyimbo, imyumbati, inanasi, ibigori n’ibindi. Ugeze mu isoko rya Nyamata mu gice gicururizwamo imboga, abacuruzi bazo nabo bemeza ko imboga ziboneka ku bwinshi. Mukarwema Annonciata, umucuruzi muri iri soko rya Nyamata umaze imyaka igera kuri 7 acuruza, avuga ko ibicuruzwa byabonetse nyuma y’aho mbere gucuruza byasaga n’ibigoranye kubera ko baburaga aho barangurira. Agira ati : “Ibintu biriho. Ikibigaragaza ni uko inyanya, intoryi n’izindi kandi urabona ko na hano mu isoko abacuruza imboga babaye benshi kandi n’abo mu tundi Turere basigaye baza kurangura hano”. Aganira na kigalitoday.com Rwagaju Louis uyobora Akarere ka Bugesera avuga ko icyatumye inzara igabanuka muri aka karere ngo ni uko leta yafashe ingamba zo gutera ibiti n’amashyamba hirya no hino muri kariya gace. Avuga ko iterwa ry’ibiti ryatumye imvura itangira kugwa n’imyaka ikaboneraho gutangira kwera. Ati “Ubu hari ibicuruzwa abacuruzi b’ i Kigali baza kurangura inaha ndetse n‘ubu dufitanye ubuhahirane n’Intara ya Kirundo yo mu gihugu cy’u Burundi”. Yongeraho ko ibi byose babigezeho bakangurira abaturage gukora cyane guhinga, kuzigama no gukora imirimo itegamiye ku buhinzi gusa. Muri ako Karere hari igihe cyageze bitoroshye kubona n’igiti kubera izuba ryari ryarahibasiye, Umuntu yashoboraga no gusanga amatungo yapfiriye ku nzira kubera kubura ubwatsi n’amazi kuko hendaga kuba ubutayu. Egide Kayiranga
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/ikawa-n-icyayi-ibihingwa-bifitiye-runini-u-rwanda
Ikawa n’icyayi: ibihingwa bifitiye runini u Rwanda
Nk’uko Ntakirutimana Corneille, umuyobozi mukuru wungurije ushinzwe kuzamura umusaruro w’ibyoherezwa mu mahanga mu Rwanda mu kigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku byoherezwa mu mahanga( NAEB) abitangaza, ibi bihingwa nibyo byinjiza amadevize menshi ugereranije n’ibindi byoherezwa mu mahanga bivuye mu Rwanda. Ibi bihingwa kandi bigirira akamaro kanini umuhinzi wabyo kuko bimuzanira amafaranga. Kugeza ubu umuhinzi w’icyayi ahabwa amafaranga ijana ku kiro cy’amababi y’icyayi ari ku kigero cy’ubwiza kiri hagati ya 65% na 69%. Naho ku cyayi kiri ku bwiza bwa 70% kugeza ku 100% umuhinzi ahabwa amafaranga 105 ku kiro ariko hari n’inganda zimwe zishobora kuyarenza. Muri uyu mwaka igiciro cy’ikawa cyavuye ku mafaranga 200 ku kiro cy’ibitumbwe kigera ku mafaranga 350. Ibi bikaba biterwa n’uko igiciro cy’ikawa cyagiye kizamuka ku masoko mpuzamahanga. Amafaranga avuye muri ibi bihingwa afasha abahinzi kongera umusaruro ndetse no kwikenura kuko iyo umuhinzi aguriwe ku giciro cyiza nawe agira umwete wo kongera umusaruro kugira ngo yeze byinshi. Bimwe mu bihugu kawa ikunze kugurishwamo harimo leta zunze ubumwe z’Amarika,Ubuyapani ndetse na bimwe mu bihugu by’Iburayi. icyayi gikunze kubona amasoko mu bihugu by’Abayisiramu, iby’Abarabu ndetse na bimwe mu bihugu by’Iburayi. Nk’uko Corneille aritangaza, Abanyarwanda ntibitabira cyane kunywa icyayi n’ikawa. Avuga ko Abanyanyarwanda bakwiriye kuba isoko ry’ibyo beza ntibatege amasoko ku banyamahanga gusa. Umwaka ushize umusaruro w’icyayi woherejwe hanze urenga toni 21.000 zinjije akayabo kagera kuri miliyoni 56 z’amadorari y’Amerika. Umusaruro wa Kawa woherejwe hanze ugera kuri toni 17.000 zinjije miliyoni 55 z’amadorari y’Amerika. Corneille avuga ko ibi bihingwa bifasha cyane igihugu kuko bituma ubukungu bw’igihugu kuzamuka ndetse bigatuma u Rwanda rugira ijambo ku rwego mpuzamahanga. Aya madevize kandi afasha u Rwanda kugura ibicuruzwa rukura hanze rudahenzwe. Avuga ko u Rwanda rweza umusaruro muke ugereranyije n’ibihugu duturanye ariko ko icyari n’ikawa by’u Rwanda bifite uburyohe kurusha ibyo muri ibyo bihugu. Nk’uko Ntakirutimana Corneille yabidutangarije, ikawa zihingwa hafi mu gihugu hose ariko zibanze cyane mu Ntara y’Amajyepfo ndetse n’iy’Iburengerazuba kuko ariho hari ubuso bunini bw’iki gihingwa. Icyayi cyo kibanze ahanini mu Ntara y’Uburengerazuba mu misozi miremire y’isunzu rya Congo Nil ndetse n’iy’Amajyepfo y’u Rwanda cyane mu turere twa Nyaruguru na Nyamagabe. Mu ntara y’Iburengerazuba hari inganda esheshatu hakaba hanateganywa kubakwa izindi nganda eshatu mu rwego rwo kuzamura ubwiza bw’umusaruro w’icyayi. Mu Ntara y’Amajyaruguru hari inganda z’icyayi nka Mulindi muri Gicumbi na Sorwathe mu karere ka Rulindo. Mu rwego rwo kongera umusaruro uturuka kuri ibyo bihingwa ndetse n’ibindi byoherezwa mu mahanga (imboga, imbuto n’ibireti), harateganywa kongerwa ubuso bihingwaho mu gihugu hose. Urugero: mu ntara y’Amajyepfo n’iy’Iburengerazuba hegitali 2545 ziziyongera kuri hegitali 19000 zisanzwe ku cyayi; hari ubutaka bwo muri Gishwati bugera kuri hegitali 12000 bugahingwaho icyayi. Ikawa yo hakazongerwaho hegitali 7100 ku zahingwaga. Iyi gahunda ikazakorwa muri uyu mwaka wa 2011-2012. Abaturage bakaba basabwa kuzitabira guhinga ibi bihingwa mu rwego rwo kurushaho kwizamura no kuzamura umusaruro w’ibyoherezwa mu mahanga muri rusange. Imboga, imbuto ndetse n’ibireti nabyo bizongererwa ubuso ndetse cyane mu Ntara y’amajyaruguru ndetse no mu Ntara y’uburengerazuba bw’amajyaruguru. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/Igihembwe-cy-ihinga-cya-2012-A-kizagira-imvura-ihagije-muri-rusange-Twahirwa
Igihembwe cy’ihinga cya 2012 (A) kizagira imvura ihagije muri rusange: Twahirwa Antoine
Iyi mvura izagwa mu buryo buhagije mu gihe cy’amezi 3 nk’uko isesengura ry’ibipimo byakozwe na Service y’ubumenyi bw’ikirere ryabyerekanye. Gusa ngo mu turere tumwe na tumwe imvura izagwa ariko igende igabanuka uko ibihe bizagenda bishira. Tumwe mu turere tuzabonekamo imvura nyinshi kurusha utundi cyane mu turere tw’imisozi miremire cyane mu majyaruguru n’igice kimwe cy’intara y’Iburengerazuba. Ibi bikaba byaratangajwe n’umuyobozi wa Service y’iteganyagihe muri Service y’ubumenyi bw’ikirere Twahirwa Antoine. Muri turere tuzabonekamo imvura nyinshi harimo Gicumbi, Burera, Musanze, Ngororero, Nyabihu, Nyaruguru, Nyanza, Muhanga, Kamonyi, Nyamagabe, Huye, Ruhango, Rubavu, Gakenke na Rulindo. Icyakora mu Ntara y’iburasirazuba ,kubera uko hateye,kuba hatagira imisozi ifata imiyaga ifite ubuhehere bw’umwuka bityo bigatuma ihuhwa n’umuyaga ikigira ahandi, ngo ni nayo mpamvu hadakunze kuboneka imvura nyinshi nk’ahandi mu Rwanda. Gusa ngo imvura ubu izagwayo ihagije, ariko izagenda igabanuka uko izagenda igwa, ibi bikaba bidakwiye gutera impungenge abazakora imirimo itandukanye . Tumwe mu turere tuzagwamo imvura ihagije ariko ikazagenda igabanuka uko izagenda igwa,harimo Rusizi, Nyamasheke, Karongi, Rutsiro, Rubavu, Nyagatare, Ngoma, Kirehe, Rwamagana, Gatsibo, Kayonza, Bugesera, Gasabo, Kicukiro, Nyarugenge ndetse na Gisagara. Twinshi muri utu turere tukaba ari utw’intara y’iburasirazuba kubera imiterere yayo. Gusa ngo iteganyagihe risesengura ibipimo by’imvura bafite hanyuma bakabigeza kuri Minisiteri ifite ubuhinzi n’ubworozi mu nshingano zayo, ari nayo igira abahinzi inama y’ibyo bahinga bitewe n’ibihe by’imvura biriho. Kugeza ubu mu Ntara zitandukanye ubuhinzi bukaba bwaritabiriwe ku buryo bushimishije, ndetse iki gihembwe cy’ihinga cya 2012 (A) kikaba kirimo kugenda neza nk’uko Musabyimana Innocent, umuyobozi mukuru ushinzwe iby’ubuhinzi mu kigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi (RAB) abitangaza. Yongeraho ko ugereranije n’uko intara zagiye zitabira ubuhinzi mu ntara y’iburengerazuba bageze hafi kuri 80% batera , mu Majyaruguru bageze kuri 90% y’ubutaka bugomba guhingwa no guterwa ,mu Burasirazuba ho bageze kuri 60% naho mu majyepfo bakaba bageze kuri 50%. Impamvu mu majyepfo bari bakiri hasi Musabyimana avuga ko imvura yaguye itinze ku buryo ubutaka bwari butarasoma. Ikindi usanga abafite ubutaka bunini bagenda baba hirya no hino mu migi kuburyo baba batabwegereye ngo bahite babuhinga. Iyi mibare y’aho abaturage bageze bahinga ikaba ishobora guhinduka nk’uko Musabyimana abivuga kuko bashyize ingufu nyinshi mu kubakangurira guhinga hakiri kare imvura ikiriho. Uturere twa Nyanza,Kamonyi na Muhanga mu Ntara y’Amajyepfo tukaba ari two twari turi inyuma ugereranije n’utundi mu kwitabira gahunda y’ubuhinzi. Abahinzi b’Intara y’Iburasirazuba bakaba bakangurirwa n’ikigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi guhinga vuba kuko agace k’uburasirazuba imvura ikunze gucika mbere muri ako gace nk’uko Musabyimana yabitangaje. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/Ibura-ry-amasoko-y-ibihingwa-nka-Macadamia-Moringa-na-Jatrofa-biteje-igihombo
Ibura ry’amasoko y’ibihingwa nka Macadamia,Moringa na Jatrofa biteje igihombo abahinzi.
Mutibagirana okomeza avuga ko batangiye kubihinga babishishikarijwe na Leta ndetse bizezwa ko bazabona n’amasoko. Mu mwaka wa 2006 batangiye kubona umusaruro wabyo ariko kugeza ubu nta masoko barabona ku buryo bamwe bakiwubitse abandi bacitse intege kuko bari barashoyemo amafaranga bakaba babifata nk’igihombo. Bamwe muri abo bahinzi batangiye gutema ibiti by’ubu bwoko bw’ibihingwa kuko nubwo bitanga umusaruro nta masoko bifite. Mutibagirana Evariste,avuga ko urugemwe rumwe gusa rwa Macadamia baruguraga amafaranga agera ku gihumbi. Mutibagirana:umwe mu bahombejwe n’ibi bihingwa umuhinzi mworozi w’intangarugero mu Rwanda no mu Karere ka Rwamagana, akaba atuye mu murenge wa Karenge. Azwiho kuba ari umuhinzi wa mbere mu Rwanda ku buhinzi bw’ibitoki biribwa bizwi ku izina ry’injagi ndetse n’ubuhinzi bw’imyumbati. Ubu ageze ku gitoki kimwe gipima ibiro 156 n’umwumbati umwe upima ibiro 150. Yegukanye igikombe cy’umuhinzi witwaye neza mu Rwanda mu buhinzi bw’imyumbati n’urutoki mu mwaka wa 2009 agihawe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame. Nubwo ariko Mutibagirana afite ubuhinzi buteye imbere atyo,avuga ko nawe yahinze Moringa ndetse na Macadamia mu bahinzi ba mbere babihinze.Ubu buhinzi avuga ko babukoze babushishikarijwe na Leta babwirwa ko bazabona amasoko. Bikaba byaratumye nawe arushaho gushishikariza abandi baturanye guhinga Macadamia na Moringa ku buryo we ubwe yahise anitabira gutubura imbuto za Macadamia kugirango zigere ku baturage baturanye ari nyinshi kuko zabonekaga gusa ahitwa muri Rugende kwa Paki. Mu mwaka wa 2006, nibwo ibihingwa nka Moringa na Macadamia byatangiye gutanga umusaruro. Icyakora ngo nta masoko bigeze babona yabyo. Ibyo byatumye bacika intege kuburyo hari n’abahise babitema kuko benshi babihingaga ahari indi myaka nk’urutoki bakayirandura nk’uko Ufitinema Ferdinand umwe mu bahinzi ba Macadamia unatubura imbuto mu gishanga cya Rugende yabitangaje. Mutibagirana Evariste,kugeza ubu avuga ko abitse ibiro 300 bya Moringa yaburiye isoko kuva mumyaka itanu ishize, hakaba hari nabagenzi be azi bafite ibiro birenga 1000. Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cyita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga (NAEB) arahumuriza abahinzi b’ibi bihingwa Kuri iki kibazo cy’amasoko y’ibihingwa nka Macadamia,Jatrofa na Moringa, umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cyita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga NAEB, Kanyankore Alexis avuga ko gushakisha amasoko y’ibi bihingwa bikiri mu nyigo. Yongeraho ko harimo gushakwa Rwiyemezamirimo washyiraho uruganda rwajya rutunganya umusaruro wa Macadamia,bityo nyuma yaho hakaba hakusanywa umusaruro wazo ugatunganywa. Ibyo bizatuma umusaruro wazo utunganije uhabwa agaciro kurusha uko waba umeze udatunganije. Kanyankore,yanavuze ko mu gihe cy’umwaka 1 bateganya ko Rwiyemezamirimo washyiraho uruganda rutunganya umusaruro wa Macadamia yaba yabonetse. Umuyobozi wa NAEB Kanyankore Alexis, yongeraho ko igihe umusaruro wa Macadamia uzaba watunganijwe uzabona amasoko,hirya no hino haba mu mahoteri, mu ma resitora no mu ma supermarché.Gusa ngo abafite umusaruro w’ibyo bihingwa bakaba bakwegera ikigo cy’igihugu kita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga (NAEB) kikaba cyabibafashamo igihe bazaba berekana umusaruro bafite. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/gira-inka-munyarwanda-umwe-mu-mihigo-cy-icyerekezo-2020
GIRA INKA MUNYARWANDA: UMWE MU MIHIGO CY’ICYEREKEZO 2020
Zimwe mu ntego z’iyi gahunda zijyanye n’icyerekezo 2020 urwanda rwihaye, harimo gufasha imiryango itishoboye kubasha kugira icyororo muri gahunda yo kurwanya ubukene n’indwara zituruka kumirire mibi; kwongera umusaruro uturuka kumatungo nk’amata n’ibiyakomokaho, nk’inyama…; gufasha abanyarwanda kubona ifumbire ndetse no kwagura umubano mu muco mwiza wo kugabirana inka mubanyarwanda… Gahunda ya gira inka munyarwanda igizwe n’ibyiciro bibiri ari byo:gira inka ngabirano na gira inka nguzanyo. Muri gahunda ya gira inka ngabirano imiryago icyennye izajya ihabwa inka kubuntu hanyuma uko izagenda yororoka nayo izagende yoroza abaturanyi bityo bityo… naho muri gahunda ya gira inka nguzanyo hazafashwa umuryango wujuje ibisabwa kuzahabwa inguzanyo kugirango ubashe kugura inka yo kworora. muri ibyo bisabwa harimo kuba harateguye ibiraro bijyanye n’ubworozi bwa kijyambere ,kubauyihabwa afite imirima y’ubwatsi buzatunga iyo inka … Kugeza ubu aho iyi gahunda yageze batangiye kuragizanya, kworoza abandi no kuziturirana ,abana baranywa amata… aha twavuga nko mukarere ka kamonyi mu ntara y’amajyepfo no muri rwamagana mu ntara y’uburasira zuba aho kuwa 2 ukwakira imiryango igera kuri 40 yahawe inka igabiwe n’abandi banyarwanda. Ubusanzwe hateganijwe kworozwa imiryango igera kuri 257 000 ikennye kurusha indi mu gihugu hose kugeza ubu hakaba hamaze kworozwa imiryango 92 000. Marie Josée IKIBASUMBA
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/hadutse-indwara-y-imyumbati-ishobora-kuba-icyorezo-fao
Hadutse indwara y’imyumbati ishobora kuba icyorezo – FAO
Ishami y’umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa ndetse n’ubuhinzi(FAO) rivuga ko indwara yitwa Cassava Brown Streak Disease (CBSD) ishobora kuba icyorezo. Ibyo babivuga bahereye ku kuba mu mwaka wa 2006 iyo ndwara yaragaragaye mu gihugu cya Uganda. Mu mezi make ashize kandi iyo ndwara yagaragaye mu Burundi no muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. FAO ivuga ko bigoye komenya aho iyo ndwara igeze kuko ititaweho bikomeye. Umwe mu bahagarariye FAO witwa Robson atangaza ko ikibazo gikomeye ari uko umuhinzi ashobora kugira ngo afite imyumbati myiza nyamara irwaye bitewe n’uko ibimenyetso by’iyi ndwara bigaragarira ku mizi gusa. FAO itangaza ko icyo kibazo giteye inkeke. Ngo ni ngombwa ko hafatwa ingamba zikomeye zo kuyirwanya kuko nta bwoko na bumwe bw’imyumbati buhabwa abahinzi bo muri Afrika bushobora guhangana n’iyo ndwara. FAO ivuga ko hari ingamba zishobora gufatwa maze iyo ndwara ntikomeze gukwira ahantu henshi. Muri izo ngamba harimo gucungira hafi ikwirakwizwa ry’imyumbati igomba guterwa ndetse no gukangurira abahinzi kurandura inyumbati babonye ko yafashwe n’iyi ndwara. Abahanga bo muri FAO bavuga ko bari gusiganwa n’igihe kugira ngo barwanye iyo virusi. Bakaba bahamagarira amahanga kubatera inkunga. Bakaba bifuza guha amahugurwa abahinzi ndetse no guhagarika ihanahana ry’icyo gihingwa kirwaye hagati y’uturere. Kuri ubu amoko umunani y’igihingwa cy’imyumbati ari kugeragezwa n’ikigo mpuzamahanga cyita ku buhinzi (International Institute of Tropical Agriculture). Ayo moko akaba ashobora guhangana n’iyo ndwara kuburyo mu myaka ibiri iri imbere ngo izatangwa ku bahinzi benshi. Imyumbati ni kimwe mu bihingwa bifitiye akamaro isi muri rusange. Kuburyo muri Afurika ho ifatiye runini abantu benshi kuko ntabwo ikangwa n’ubutaka butera cyangwa se imvura nke. BBC itangaza ko imyumbati ikunze kwibasirwa n’indwara zitandukanye zituma idatanga umusaruro ukwiye. Hari n’aho indwara ziyibasira ku buryo bitera inzara ikomeye. Uretse rero izo ndwara FAO ivuga ko hadutse indi virusi nayo yibasiye igihingwa cy’imyumbati mu karere k’Afrika y’iburasirazuba. Norbert NIYIZURUGERO
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/NAEB-na-SOPYRWA-bafashe-ingamba-zo-guteza-imbere-Ibireti
NAEB na SOPYRWA bafashe ingamba zo guteza imbere Ibireti
Umuyobozi wa NAEB, Ntakirutimana Corneille, avuga ko ibireti birimo gucika kubera imbuto itari nziza yakoreshwaga n’abahinzi. Avuga ko bagiye gushakira abaturage imbuto nziza y’ibireti izajya itanga umusaruro kurusha iyari isanzwe kandi idasaza vuba. Uretse gushaka imbuto year cyane, NAEB na SOPYRWA bafite gahunda yo guteza imbere iki gihingwa ku buso gihingwaho. Ikindi biyemeje ni ugushishikariza abaturage basanzwe bahinga iki gihingwa kurushaho gushyira ingufu mu buhinzi bwacyo. Nk’uko Ntakirutimana akomeza abisobanura, imbuto yakoreshwaga ni ibitsinsi by’ibireti kandi ntibitanga umusaruro ushimishije. Ibi bituma umusaruro ugenda urushaho kugabanuka kubera ko abahinzi bacika integer zo gukomeza guhinga ibitera. Ubuhinzi bw’ibireti buzajya bukorwa mu buryo bushya. Mu gihe mu bihe abahinzi bateraga ibitsinsi by’ibireti, ubu noneho uburyo bushya ni uguhumbika umurama hanyuma abahinzi bagatera ingemwe z’ibireti zivuye muri buhumbikiro. Ibireti bihinzwe muri ubu buryo bitanga umusaruro ukubye inshuro eshatu uw’ibiterwa ari ibitsinzi bitanga kandi bikaba bitanasaza vuba. NAEB yateguye gahunda yo gushakira abahinzi umurama w’ibireti ugera kuri toni 3 by’imbuto nziza. Si NAEB gusa yateguye uyu murama kuko na sosiyete nyarwanda itunganya umusaruro w’ibireti SOPYRWA yateguye umurama ungana n’ibiro 2000 ugomba guhumbikwa ugaterwa n’abahinzi mu rwego rwo kuzamura iki gihingwa. Kugeza ubu ubuso bw’ubutaka bugomba guterwaho ibireti bugera kuri hegitali 3000 mu Rwanda. Mu ntangiro z’ukwezi kwa 10 habaye umunsi w’abahinzi b’ibireti mu Rwanda. kuva muri uko kwezi, abaturage batangiye gufashwa guhumbika ingemwe nshya mu gihe bitegura guhinga. Ibireti ni kimwe mu bihingwa ngengabukungu bihingwa mu Rwanda. Gikunze kuboneka mu turere tw’imisozi miremire yo mu burengerazuba bw’u Rwanda ndetse no mu duce tw’imisozi y’amajyaruguru y’uburengerazuba. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/huye-abaturage-ntibarumva-akamaro-ko-guhuza-ubutaka
Huye: abaturage ntibarumva akamaro ko guhuza ubutaka
Iyo ugeze mu murenge wa Huye, ubona imirima itari mike ihinzemo ibihingwa bivanze. Hari aho usanga ibishyimbo, ibigori ndetse n’urutoki bihinze mu murima umwe. Kimwe n’abandi batuye muri uwo murenge umukecuru witwa Jeanne Kankindi yahinze igihingwa cy’imyumbati gusa muri iki gihembwe cy’ihinga. Avuga ko ubuyobozi bwababwiye ko iki gikorwa kizabafasha mu kongera umusaruro wabo ukomoka ku buhinzi ariko magingo ngo ntarumva aho umusaruro utubutse uzava bahinga igihingwa kimwe. Ubwo yaganiraga n’umunyamakuru wa kigali today Kankindi yagize ati : “Mbere nihingiraga ibijumba mu masaka ngashyiramo n’amateke ubwo habaga harimo n’urutoki. Nashoboraga gusarura imyaka y’ubwoko butandukanye mu gihe kimwe kandi mu murima umwe, sinzi rero niba imyumbati gusa izabasha kuntungira umuryango“. Nubwo Kankindi avuga ko yasaruraga imyaka itandukanye yemera ko umusaruro wabaga ari muke ntabashe kwihaza no gusagurira isoko. Akeka ko kutabona umusaruro uhagije biterwa no kudafumbira umurima we kkuko nta tungo afite. Umuyobozi ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu murenge wa Huye, Séraphine Kayitesi, avuga ko impamvu abaturage batabasha kubona umusaruro utubutse bituruka ahanini no kutumva akamaro ko guhinga igihingwa kimwe. Avuga ko umuturage bamwereka inzira nziza zo kugirango umusaruro we wiyongere ariko kubyumva bikagorana. Kayitesi yizeye ko bazabona amasoko y’imyaka abaturage bazeza. Avuga ko umuturage wahinze igihingwa kimwe abasha kugurisha ibyo yejeje akaba yabasha guhaha ibindi akeneye. Ati : “Nk’ubu umuturage wahinze ibigori akeza imifuka itanu ashobora kugurishamo itatu, akabasha kugura ibyo urugo rukeneye, akaba yanakwizigamira. Ashobora no kugurana na mugenzi we wahinze ibishyimbo cyangwa ikindi”. Abaturage bo mu murenge wa Huye bashishikarizwa guhinga igihingwa kimwe kugirango bungere umusaruro. Muri iki gihembwe cy’ihinga abaturage bahawe imbuto z’igihingwa cyatoranijwe bakanabahagarikira kugirango batazitera nabi cyangwa ngo bazivange n’indi myaka. Gerard GITOLI Mbabazi
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/inzoga-ikoze-mu-myumbati-yashyizwe-ku-isoko
Inzoga ikoze mu myumbati yashyizwe ku isoko
Inkuru dukesha BBC ivuga ko ubusanzwe hari abantu bari basanzwe bakora ibinyobwa bitandukanye bikoze mu myumati cyangwa mu bindi binyabijumba ariko ikibazo kikaba aruko ibyo binyobwa bishobora kugira ingaruka zirimo n’urupfu. Abahagarariye SABMiller batangaza ko inzoga bakoze nta kibazo izatera ku buzima bwa muntu. Iyo nzoga yakorewe mu gihugu cya Mozambique. Uru ruganda ruvuga ko buri mwaka bizajya bisaba toni ibihumbi mirongo ine z’imyumbati zo gukora iyo nzoga. Ibi byatumye bamwe mu bahinzi bavuga ko bizatuma inzara yiyongera muri Afurika kuko imyumbati ari kimwe mu bihingwa bifitiye akamaro kanini abanyafurika mu bijyanye n’imirire. Uruganda rwa SABMiller rukomoka mu Bwongereza; rwakoze umushinga wo guha akazi abahinzi barenga 1500 bahinga imirima myinshi y’imyumbati. Norbert NIYIZURUGERO
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/inzara-iragenda-igabanuka-mu-rwanda
Inzara iragenda igabanuka mu Rwanda
U Rwanda ruri mu bihugu 26 (Demokarasi ya Kongo, Burundi, Afrika y’epfo, Zambia, India, Sierra Leone, Ethiopia, Rwanda, Liberia, Tanzania, Guatemala, Nepal, Pakistan, Mozambique, Cambodia, Resotho, Vietnam, Kenya, Malawi, China, Brazil, Nigeria, Uganda, Gambia, Senegal na Ghana) byibasiwe n’ihindagurika ry’ikirere ariko ruza ku mwanya wa kane mu bihugu byafashe ingamba zihamye zo guhangana n’icyo bibazo no kugikemura. Nkuko Umuyobozi wa Action Aid mu Rwanda, Josephine Uwamariya, abitangaza mu rwego rwo gufasha abanyarwanda kurwanya inzara,umuryango Action Aid International wahisemo gufasha abagore bakora umwuga w’ubuhinzi mu Rwanda. Ubu ubushakashatsi bugaragaza ko abagore bagize 77% by’abantu bitabira ibikorwa by’ubuhinzi mu Rwanda. Ibi nibyo byatumye imbaraga nyinshi zishyirwa ku bagore mu rwego rwo kubafasha kuzamura umusaruro w’ubuhinzi kuko byagaragaye ko ari bo babwitabira kurusha abagabo mu Rwanda. Uwamariya yatangaje ko imbaraga z’abagore zitewe inkunga zagira icyo zitanga bityo umusaruro w’ubuhinzi ukiyongera; akaba ari imwe mu mpamvu zatuma inzara icika burundu mu Rwanda ndetse n’abaturage bakihaza mu biribwa. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/bugesera-nyuma-y-inzara-yaharanzwe-ubu-karahahira-utundi-turere
Bugesera: Nyuma y’inzara yaharanzwe ubu karahahira utundi turere
Mu myaka yashize cyane cyane umwaka w’2000, Akarere ka Bugesera kagaragayemo ikibazo cy’amapfa akabije, hari abantu bicwaga n’inzara abandi bagasuhuka. Muri iki gihe uhatembereye ushobora kugira ngo ni amateka cyangwa se ni amakabyankuru y’abantu, abenshi mu baturage hari bahatuye nibo bivugira ko nta kibazo cy’inzara kihaherutse. Niyonzima Joseph w’imyaka 45 utuye mu Murenge wa Nyamata, Akagari ka Maranyundo, amaze imyaka 16 muri aka Karere avuga ko inzara yatangiye kugaragara muri Bugesera mu mpera y’1999 ariko ikaza gukaza umurego mu mwaka w’2000. Avuga ko muri icyo gihe ibintu byose byari byarabuze kuva ku biryo mvaruganda kugeza ku bijumba bihingiraga. Agira ati “Umva ibijumba ari ibijumba, icyo gihe inaha byaribwaga n’umuntu ufite imodoka, ndakubwiza ukuri ko nta mukene wapfaga kubyigondera”. Niyonzima yongeraho ko impamvu yateraga ibyo byose ari uko izuba ryari ryaracanye ku buryo batirirwaga bahinga n’uwahinganga ntiyeze. Avuga ko icyo igihe ahantu hapfaga kwera ibijumba hari mu bishanga kandi byajyaga kubageraho byahenze. Yongeraho ko mu mwaka w’2000 abantu bishwe n’inzara ku buryo bukabije mu duce twa Gashora, Ngenda, Gahembe na Maranyundo aho abandi barasuhuka. Ati “icyo gihe abagabo benshi barahungaga kubera kubura icyo bagaburira imiryango yabo, naho abagore bakishyira mu migozi kubera kubura icyo bagaburira abana babo”. Mukanzaramba Feresita ni umugore w’imyaka 62 y’amavuko atuye mu Murenge wa Mayange, avuga ko ikintu cyaje kubarokora ari uko mu Bugesera haje imishinga imwe n’imwe igatangira kubaha imfashanyo z’ibiribwa. Agira ati : “Muri icyo gihe tutarabona imfashanyo uwo amahirwe yasekeraga yabonaga rukacarara. Icyo gihe twayitaga shira umuteto kuko mbere wasangaga hari abantu batarya umutsima w’amasaka”. Gusa abatuye muri aka gace bavuga ko ibintu bisa n’ibyasubiye mu buryo kuko ubu imyaka irera abantu bakabona ibiryo. Bavuga ko iyo ufite inoti y’igihumbi urya amanywa n’ijoro. Nyirabitanga Jolie nawe utuye mu Bugesera avuga ko ubu nta nzara ikiharangwa, ko ubu aka karere gahagaze neza, ku isoko ibintu biraboneka. Ibiboneka kurusha ibindi harimo imboga, ibishyimbo, imyumbati, inanasi, ibigori n’ibindi. Ugeze mu isoko rya Nyamata mu gice gicururizwamo imboga, abacuruzi bazo nabo bemeza ko imboga ziboneka ku bwinshi. Mukarwema Annonciata, umucuruzi muri iri soko rya Nyamata umaze imyaka igera kuri 7 acuruza, avuga ko ibicuruzwa byabonetse nyuma y’aho mbere gucuruza byasaga n’ibigoranye kubera ko baburaga aho barangurira. Agira ati : “Ibintu biriho. Ikibigaragaza ni uko inyanya, intoryi n’izindi kandi urabona ko na hano mu isoko abacuruza imboga babaye benshi kandi n’abo mu tundi Turere basigaye baza kurangura hano”. Aganira na kigalitoday.com Rwagaju Louis uyobora Akarere ka Bugesera avuga ko icyatumye inzara igabanuka muri aka karere ngo ni uko leta yafashe ingamba zo gutera ibiti n’amashyamba hirya no hino muri kariya gace. Avuga ko iterwa ry’ibiti ryatumye imvura itangira kugwa n’imyaka ikaboneraho gutangira kwera. Ati “Ubu hari ibicuruzwa abacuruzi b’ i Kigali baza kurangura inaha ndetse n‘ubu dufitanye ubuhahirane n’Intara ya Kirundo yo mu gihugu cy’u Burundi”. Yongeraho ko ibi byose babigezeho bakangurira abaturage gukora cyane guhinga, kuzigama no gukora imirimo itegamiye ku buhinzi gusa. Muri ako Karere hari igihe cyageze bitoroshye kubona n’igiti kubera izuba ryari ryarahibasiye, Umuntu yashoboraga no gusanga amatungo yapfiriye ku nzira kubera kubura ubwatsi n’amazi kuko hendaga kuba ubutayu. Egide Kayiranga
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/ikawa-n-icyayi-ibihingwa-bifitiye-runini-u-rwanda
Ikawa n’icyayi: ibihingwa bifitiye runini u Rwanda
Nk’uko Ntakirutimana Corneille, umuyobozi mukuru wungurije ushinzwe kuzamura umusaruro w’ibyoherezwa mu mahanga mu Rwanda mu kigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku byoherezwa mu mahanga( NAEB) abitangaza, ibi bihingwa nibyo byinjiza amadevize menshi ugereranije n’ibindi byoherezwa mu mahanga bivuye mu Rwanda. Ibi bihingwa kandi bigirira akamaro kanini umuhinzi wabyo kuko bimuzanira amafaranga. Kugeza ubu umuhinzi w’icyayi ahabwa amafaranga ijana ku kiro cy’amababi y’icyayi ari ku kigero cy’ubwiza kiri hagati ya 65% na 69%. Naho ku cyayi kiri ku bwiza bwa 70% kugeza ku 100% umuhinzi ahabwa amafaranga 105 ku kiro ariko hari n’inganda zimwe zishobora kuyarenza. Muri uyu mwaka igiciro cy’ikawa cyavuye ku mafaranga 200 ku kiro cy’ibitumbwe kigera ku mafaranga 350. Ibi bikaba biterwa n’uko igiciro cy’ikawa cyagiye kizamuka ku masoko mpuzamahanga. Amafaranga avuye muri ibi bihingwa afasha abahinzi kongera umusaruro ndetse no kwikenura kuko iyo umuhinzi aguriwe ku giciro cyiza nawe agira umwete wo kongera umusaruro kugira ngo yeze byinshi. Bimwe mu bihugu kawa ikunze kugurishwamo harimo leta zunze ubumwe z’Amarika,Ubuyapani ndetse na bimwe mu bihugu by’Iburayi. icyayi gikunze kubona amasoko mu bihugu by’Abayisiramu, iby’Abarabu ndetse na bimwe mu bihugu by’Iburayi. Nk’uko Corneille aritangaza, Abanyarwanda ntibitabira cyane kunywa icyayi n’ikawa. Avuga ko Abanyanyarwanda bakwiriye kuba isoko ry’ibyo beza ntibatege amasoko ku banyamahanga gusa. Umwaka ushize umusaruro w’icyayi woherejwe hanze urenga toni 21.000 zinjije akayabo kagera kuri miliyoni 56 z’amadorari y’Amerika. Umusaruro wa Kawa woherejwe hanze ugera kuri toni 17.000 zinjije miliyoni 55 z’amadorari y’Amerika. Corneille avuga ko ibi bihingwa bifasha cyane igihugu kuko bituma ubukungu bw’igihugu kuzamuka ndetse bigatuma u Rwanda rugira ijambo ku rwego mpuzamahanga. Aya madevize kandi afasha u Rwanda kugura ibicuruzwa rukura hanze rudahenzwe. Avuga ko u Rwanda rweza umusaruro muke ugereranyije n’ibihugu duturanye ariko ko icyari n’ikawa by’u Rwanda bifite uburyohe kurusha ibyo muri ibyo bihugu. Nk’uko Ntakirutimana Corneille yabidutangarije, ikawa zihingwa hafi mu gihugu hose ariko zibanze cyane mu Ntara y’Amajyepfo ndetse n’iy’Iburengerazuba kuko ariho hari ubuso bunini bw’iki gihingwa. Icyayi cyo kibanze ahanini mu Ntara y’Uburengerazuba mu misozi miremire y’isunzu rya Congo Nil ndetse n’iy’Amajyepfo y’u Rwanda cyane mu turere twa Nyaruguru na Nyamagabe. Mu ntara y’Iburengerazuba hari inganda esheshatu hakaba hanateganywa kubakwa izindi nganda eshatu mu rwego rwo kuzamura ubwiza bw’umusaruro w’icyayi. Mu Ntara y’Amajyaruguru hari inganda z’icyayi nka Mulindi muri Gicumbi na Sorwathe mu karere ka Rulindo. Mu rwego rwo kongera umusaruro uturuka kuri ibyo bihingwa ndetse n’ibindi byoherezwa mu mahanga (imboga, imbuto n’ibireti), harateganywa kongerwa ubuso bihingwaho mu gihugu hose. Urugero: mu ntara y’Amajyepfo n’iy’Iburengerazuba hegitali 2545 ziziyongera kuri hegitali 19000 zisanzwe ku cyayi; hari ubutaka bwo muri Gishwati bugera kuri hegitali 12000 bugahingwaho icyayi. Ikawa yo hakazongerwaho hegitali 7100 ku zahingwaga. Iyi gahunda ikazakorwa muri uyu mwaka wa 2011-2012. Abaturage bakaba basabwa kuzitabira guhinga ibi bihingwa mu rwego rwo kurushaho kwizamura no kuzamura umusaruro w’ibyoherezwa mu mahanga muri rusange. Imboga, imbuto ndetse n’ibireti nabyo bizongererwa ubuso ndetse cyane mu Ntara y’amajyaruguru ndetse no mu Ntara y’uburengerazuba bw’amajyaruguru. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/Igihembwe-cy-ihinga-cya-2012-A-kizagira-imvura-ihagije-muri-rusange-Twahirwa
Igihembwe cy’ihinga cya 2012 (A) kizagira imvura ihagije muri rusange: Twahirwa Antoine
Iyi mvura izagwa mu buryo buhagije mu gihe cy’amezi 3 nk’uko isesengura ry’ibipimo byakozwe na Service y’ubumenyi bw’ikirere ryabyerekanye. Gusa ngo mu turere tumwe na tumwe imvura izagwa ariko igende igabanuka uko ibihe bizagenda bishira. Tumwe mu turere tuzabonekamo imvura nyinshi kurusha utundi cyane mu turere tw’imisozi miremire cyane mu majyaruguru n’igice kimwe cy’intara y’Iburengerazuba. Ibi bikaba byaratangajwe n’umuyobozi wa Service y’iteganyagihe muri Service y’ubumenyi bw’ikirere Twahirwa Antoine. Muri turere tuzabonekamo imvura nyinshi harimo Gicumbi, Burera, Musanze, Ngororero, Nyabihu, Nyaruguru, Nyanza, Muhanga, Kamonyi, Nyamagabe, Huye, Ruhango, Rubavu, Gakenke na Rulindo. Icyakora mu Ntara y’iburasirazuba ,kubera uko hateye,kuba hatagira imisozi ifata imiyaga ifite ubuhehere bw’umwuka bityo bigatuma ihuhwa n’umuyaga ikigira ahandi, ngo ni nayo mpamvu hadakunze kuboneka imvura nyinshi nk’ahandi mu Rwanda. Gusa ngo imvura ubu izagwayo ihagije, ariko izagenda igabanuka uko izagenda igwa, ibi bikaba bidakwiye gutera impungenge abazakora imirimo itandukanye . Tumwe mu turere tuzagwamo imvura ihagije ariko ikazagenda igabanuka uko izagenda igwa,harimo Rusizi, Nyamasheke, Karongi, Rutsiro, Rubavu, Nyagatare, Ngoma, Kirehe, Rwamagana, Gatsibo, Kayonza, Bugesera, Gasabo, Kicukiro, Nyarugenge ndetse na Gisagara. Twinshi muri utu turere tukaba ari utw’intara y’iburasirazuba kubera imiterere yayo. Gusa ngo iteganyagihe risesengura ibipimo by’imvura bafite hanyuma bakabigeza kuri Minisiteri ifite ubuhinzi n’ubworozi mu nshingano zayo, ari nayo igira abahinzi inama y’ibyo bahinga bitewe n’ibihe by’imvura biriho. Kugeza ubu mu Ntara zitandukanye ubuhinzi bukaba bwaritabiriwe ku buryo bushimishije, ndetse iki gihembwe cy’ihinga cya 2012 (A) kikaba kirimo kugenda neza nk’uko Musabyimana Innocent, umuyobozi mukuru ushinzwe iby’ubuhinzi mu kigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi (RAB) abitangaza. Yongeraho ko ugereranije n’uko intara zagiye zitabira ubuhinzi mu ntara y’iburengerazuba bageze hafi kuri 80% batera , mu Majyaruguru bageze kuri 90% y’ubutaka bugomba guhingwa no guterwa ,mu Burasirazuba ho bageze kuri 60% naho mu majyepfo bakaba bageze kuri 50%. Impamvu mu majyepfo bari bakiri hasi Musabyimana avuga ko imvura yaguye itinze ku buryo ubutaka bwari butarasoma. Ikindi usanga abafite ubutaka bunini bagenda baba hirya no hino mu migi kuburyo baba batabwegereye ngo bahite babuhinga. Iyi mibare y’aho abaturage bageze bahinga ikaba ishobora guhinduka nk’uko Musabyimana abivuga kuko bashyize ingufu nyinshi mu kubakangurira guhinga hakiri kare imvura ikiriho. Uturere twa Nyanza,Kamonyi na Muhanga mu Ntara y’Amajyepfo tukaba ari two twari turi inyuma ugereranije n’utundi mu kwitabira gahunda y’ubuhinzi. Abahinzi b’Intara y’Iburasirazuba bakaba bakangurirwa n’ikigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi guhinga vuba kuko agace k’uburasirazuba imvura ikunze gucika mbere muri ako gace nk’uko Musabyimana yabitangaje. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/Ibura-ry-amasoko-y-ibihingwa-nka-Macadamia-Moringa-na-Jatrofa-biteje-igihombo
Ibura ry’amasoko y’ibihingwa nka Macadamia,Moringa na Jatrofa biteje igihombo abahinzi.
Mutibagirana okomeza avuga ko batangiye kubihinga babishishikarijwe na Leta ndetse bizezwa ko bazabona n’amasoko. Mu mwaka wa 2006 batangiye kubona umusaruro wabyo ariko kugeza ubu nta masoko barabona ku buryo bamwe bakiwubitse abandi bacitse intege kuko bari barashoyemo amafaranga bakaba babifata nk’igihombo. Bamwe muri abo bahinzi batangiye gutema ibiti by’ubu bwoko bw’ibihingwa kuko nubwo bitanga umusaruro nta masoko bifite. Mutibagirana Evariste,avuga ko urugemwe rumwe gusa rwa Macadamia baruguraga amafaranga agera ku gihumbi. Mutibagirana:umwe mu bahombejwe n’ibi bihingwa umuhinzi mworozi w’intangarugero mu Rwanda no mu Karere ka Rwamagana, akaba atuye mu murenge wa Karenge. Azwiho kuba ari umuhinzi wa mbere mu Rwanda ku buhinzi bw’ibitoki biribwa bizwi ku izina ry’injagi ndetse n’ubuhinzi bw’imyumbati. Ubu ageze ku gitoki kimwe gipima ibiro 156 n’umwumbati umwe upima ibiro 150. Yegukanye igikombe cy’umuhinzi witwaye neza mu Rwanda mu buhinzi bw’imyumbati n’urutoki mu mwaka wa 2009 agihawe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame. Nubwo ariko Mutibagirana afite ubuhinzi buteye imbere atyo,avuga ko nawe yahinze Moringa ndetse na Macadamia mu bahinzi ba mbere babihinze.Ubu buhinzi avuga ko babukoze babushishikarijwe na Leta babwirwa ko bazabona amasoko. Bikaba byaratumye nawe arushaho gushishikariza abandi baturanye guhinga Macadamia na Moringa ku buryo we ubwe yahise anitabira gutubura imbuto za Macadamia kugirango zigere ku baturage baturanye ari nyinshi kuko zabonekaga gusa ahitwa muri Rugende kwa Paki. Mu mwaka wa 2006, nibwo ibihingwa nka Moringa na Macadamia byatangiye gutanga umusaruro. Icyakora ngo nta masoko bigeze babona yabyo. Ibyo byatumye bacika intege kuburyo hari n’abahise babitema kuko benshi babihingaga ahari indi myaka nk’urutoki bakayirandura nk’uko Ufitinema Ferdinand umwe mu bahinzi ba Macadamia unatubura imbuto mu gishanga cya Rugende yabitangaje. Mutibagirana Evariste,kugeza ubu avuga ko abitse ibiro 300 bya Moringa yaburiye isoko kuva mumyaka itanu ishize, hakaba hari nabagenzi be azi bafite ibiro birenga 1000. Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cyita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga (NAEB) arahumuriza abahinzi b’ibi bihingwa Kuri iki kibazo cy’amasoko y’ibihingwa nka Macadamia,Jatrofa na Moringa, umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cyita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga NAEB, Kanyankore Alexis avuga ko gushakisha amasoko y’ibi bihingwa bikiri mu nyigo. Yongeraho ko harimo gushakwa Rwiyemezamirimo washyiraho uruganda rwajya rutunganya umusaruro wa Macadamia,bityo nyuma yaho hakaba hakusanywa umusaruro wazo ugatunganywa. Ibyo bizatuma umusaruro wazo utunganije uhabwa agaciro kurusha uko waba umeze udatunganije. Kanyankore,yanavuze ko mu gihe cy’umwaka 1 bateganya ko Rwiyemezamirimo washyiraho uruganda rutunganya umusaruro wa Macadamia yaba yabonetse. Umuyobozi wa NAEB Kanyankore Alexis, yongeraho ko igihe umusaruro wa Macadamia uzaba watunganijwe uzabona amasoko,hirya no hino haba mu mahoteri, mu ma resitora no mu ma supermarché.Gusa ngo abafite umusaruro w’ibyo bihingwa bakaba bakwegera ikigo cy’igihugu kita ku bihingwa bijyanwa mu mahanga (NAEB) kikaba cyabibafashamo igihe bazaba berekana umusaruro bafite. SAFARI Viateur
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/gira-inka-munyarwanda-umwe-mu-mihigo-cy-icyerekezo-2020
GIRA INKA MUNYARWANDA: UMWE MU MIHIGO CY’ICYEREKEZO 2020
Zimwe mu ntego z’iyi gahunda zijyanye n’icyerekezo 2020 urwanda rwihaye, harimo gufasha imiryango itishoboye kubasha kugira icyororo muri gahunda yo kurwanya ubukene n’indwara zituruka kumirire mibi; kwongera umusaruro uturuka kumatungo nk’amata n’ibiyakomokaho, nk’inyama…; gufasha abanyarwanda kubona ifumbire ndetse no kwagura umubano mu muco mwiza wo kugabirana inka mubanyarwanda… Gahunda ya gira inka munyarwanda igizwe n’ibyiciro bibiri ari byo:gira inka ngabirano na gira inka nguzanyo. Muri gahunda ya gira inka ngabirano imiryago icyennye izajya ihabwa inka kubuntu hanyuma uko izagenda yororoka nayo izagende yoroza abaturanyi bityo bityo… naho muri gahunda ya gira inka nguzanyo hazafashwa umuryango wujuje ibisabwa kuzahabwa inguzanyo kugirango ubashe kugura inka yo kworora. muri ibyo bisabwa harimo kuba harateguye ibiraro bijyanye n’ubworozi bwa kijyambere ,kubauyihabwa afite imirima y’ubwatsi buzatunga iyo inka … Kugeza ubu aho iyi gahunda yageze batangiye kuragizanya, kworoza abandi no kuziturirana ,abana baranywa amata… aha twavuga nko mukarere ka kamonyi mu ntara y’amajyepfo no muri rwamagana mu ntara y’uburasira zuba aho kuwa 2 ukwakira imiryango igera kuri 40 yahawe inka igabiwe n’abandi banyarwanda. Ubusanzwe hateganijwe kworozwa imiryango igera kuri 257 000 ikennye kurusha indi mu gihugu hose kugeza ubu hakaba hamaze kworozwa imiryango 92 000. Marie Josée IKIBASUMBA
2economy
ubukungu
economy
https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/hadutse-indwara-y-imyumbati-ishobora-kuba-icyorezo-fao
Hadutse indwara y’imyumbati ishobora kuba icyorezo – FAO
Ishami y’umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa ndetse n’ubuhinzi(FAO) rivuga ko indwara yitwa Cassava Brown Streak Disease (CBSD) ishobora kuba icyorezo. Ibyo babivuga bahereye ku kuba mu mwaka wa 2006 iyo ndwara yaragaragaye mu gihugu cya Uganda. Mu mezi make ashize kandi iyo ndwara yagaragaye mu Burundi no muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. FAO ivuga ko bigoye komenya aho iyo ndwara igeze kuko ititaweho bikomeye. Umwe mu bahagarariye FAO witwa Robson atangaza ko ikibazo gikomeye ari uko umuhinzi ashobora kugira ngo afite imyumbati myiza nyamara irwaye bitewe n’uko ibimenyetso by’iyi ndwara bigaragarira ku mizi gusa. FAO itangaza ko icyo kibazo giteye inkeke. Ngo ni ngombwa ko hafatwa ingamba zikomeye zo kuyirwanya kuko nta bwoko na bumwe bw’imyumbati buhabwa abahinzi bo muri Afrika bushobora guhangana n’iyo ndwara. FAO ivuga ko hari ingamba zishobora gufatwa maze iyo ndwara ntikomeze gukwira ahantu henshi. Muri izo ngamba harimo gucungira hafi ikwirakwizwa ry’imyumbati igomba guterwa ndetse no gukangurira abahinzi kurandura inyumbati babonye ko yafashwe n’iyi ndwara. Abahanga bo muri FAO bavuga ko bari gusiganwa n’igihe kugira ngo barwanye iyo virusi. Bakaba bahamagarira amahanga kubatera inkunga. Bakaba bifuza guha amahugurwa abahinzi ndetse no guhagarika ihanahana ry’icyo gihingwa kirwaye hagati y’uturere. Kuri ubu amoko umunani y’igihingwa cy’imyumbati ari kugeragezwa n’ikigo mpuzamahanga cyita ku buhinzi (International Institute of Tropical Agriculture). Ayo moko akaba ashobora guhangana n’iyo ndwara kuburyo mu myaka ibiri iri imbere ngo izatangwa ku bahinzi benshi. Imyumbati ni kimwe mu bihingwa bifitiye akamaro isi muri rusange. Kuburyo muri Afurika ho ifatiye runini abantu benshi kuko ntabwo ikangwa n’ubutaka butera cyangwa se imvura nke. BBC itangaza ko imyumbati ikunze kwibasirwa n’indwara zitandukanye zituma idatanga umusaruro ukwiye. Hari n’aho indwara ziyibasira ku buryo bitera inzara ikomeye. Uretse rero izo ndwara FAO ivuga ko hadutse indi virusi nayo yibasiye igihingwa cy’imyumbati mu karere k’Afrika y’iburasirazuba. Norbert NIYIZURUGERO