label
class label
14 classes
title
stringlengths
7
150
content
stringlengths
3
67.3k
2economy
bugesera nyuma y’inzara yaharanzwe karahahira utundi turere
mu myaka yashize cyane cyane umwaka w’ akarere bugesera kagaragayemo ikibazo cy’amapfa akabije hari abantu bicwaga n’inzara abandi bagasuhukamuri gihe uhatembereye ushobora kugira amateka cyangwa se amakabyankuru y’abantu abenshi baturage hari bahatuye nibo bivugira kibazo cy’inzara kihaherutseniyonzima joseph w’imyaka utuye murenge nyamata akagari maranyundo amaze imyaka aka karere avuga inzara yatangiye kugaragara bugesera mpera y’ ariko ikaza gukaza umurego mwaka w’ avuga gihe ibintu byose byari byarabuze biryo mvaruganda kugeza bijumba bihingiragaagira umva ibijumba ibijumba gihe inaha byaribwaga n’umuntu ufite imodoka ndakubwiza ukuri mukene wapfaga kubyigondera niyonzima yongeraho impamvu yateraga byose izuba ryari ryaracanye buryo batirirwaga bahinga n’uwahinganga ntiyeze avuga igihe ahantu hapfaga kwera ibijumba hari bishanga kandi byajyaga kubageraho byahenze yongeraho mwaka w’ abantu bishwe n’inzara buryo bukabije duce twa gashora ngenda gahembe maranyundo abandi barasuhuka ati gihe abagabo benshi barahungaga kubera kubura bagaburira imiryango abagore bakishyira migozi kubera kubura bagaburira abana mukanzaramba feresita umugore w’imyaka y’amavuko atuye murenge mayange avuga ikintu cyaje kubarokora bugesera haje imishinga n’imwe igatangira kubaha imfashanyo z’ibiribwaagira muri gihe tutarabona imfashanyo amahirwe yasekeraga yabonaga rukacarara icyo gihe twayitaga shira umuteto kuko mbere wasangaga hari abantu batarya umutsima w’amasaka gusa abatuye aka gace bavuga ibintu bisa n’ibyasubiye buryo kuko imyaka irera abantu bakabona ibiryo bavuga ufite inoti y’igihumbi urya amanywa n’ijoro nyirabitanga jolie utuye bugesera avuga nzara ikiharangwa aka karere gahagaze neza isoko ibintu biraboneka ibiboneka kurusha ibindi harimo imboga ibishyimbo imyumbati inanasi ibigori n’ibindi ugeze isoko nyamata gice gicururizwamo imboga abacuruzi bazo nabo bemeza imboga ziboneka bwinshi mukarwema annonciata umucuruzi soko nyamata umaze imyaka igera acuruza avuga ibicuruzwa byabonetse nyuma y’aho mbere gucuruza byasaga n’ibigoranye kubera baburaga barangurira agira ibintu biriho ikibigaragaza inyanya intoryi n’izindi kandi urabona hano isoko abacuruza imboga babaye benshi kandi n’abo tundi turere basigaye baza kurangura hano aganira kigalitodaycom rwagaju louis uyobora akarere bugesera avuga icyatumye inzara igabanuka aka karere leta yafashe ingamba gutera ibiti n’amashyamba hirya hino kariya gace avuga iterwa ry’ibiti ryatumye imvura itangira kugwa n’imyaka ikaboneraho gutangira kwera ati ubu hari ibicuruzwa abacuruzi b’ i kigali baza kurangura inaha ndetse nubu dufitanye ubuhahirane n’intara kirundo gihugu cy’u burundi yongeraho byose babigezeho bakangurira abaturage gukora cyane guhinga kuzigama gukora imirimo itegamiye buhinzi gusa muri ako karere hari igihe cyageze bitoroshye kubona n’igiti kubera izuba ryari ryarahibasiye umuntu yashoboraga gusanga amatungo yapfiriye nzira kubera kubura ubwatsi n’amazi kuko hendaga kuba ubutayu egide kayiranga
4entertainment
mutzig beer fest itegerejwe n’abantu benshi kigali
mutzig beer fest thedition izabera juru parki rebero hateganyijwe imodoka zizajya zifata abantu buri minota zibakura sonatubei remera stade kumarembo areba miginai remera mugiporoso hamwe mumujyi rond point nini kigali iki gitaramo kizaba cyatumiwemo abahanzi batandukanye harimo kizigenza mugihugu cy’u burundi uzwi izina kidum benshi bakaba bamuziho gucuranga neza live music iki gitaramo kikazatangira isaha saa kumi n’ebyiri z’umugoroba taliki kugeza saa munani mugitondo taliki kwinjira bizasaba amafaranga y’u rwanda kubafite mutzig golden card aha niho tike zigurirwa nakumat la gallette simba super market flurep
1sport
abakinnyi bamagare batanu berekeje isiganwa nyafurika
abakinnyi batanu berekeje asmara adrien niyonshuti uherutse kwegukana tour de kigali’ gasore hategeka nicodem habiyambere nathan byukusenge joseph biziyaremye bakaba baherekwejwe n’umutoza wabo jonathan boyer n’umuyobozi w’ishyirahamwe ry’imikino y’amagare rwanda ferwacy aimable bayingana u rwanda rwagombaga kandi guserukirwa n’umukobwa witwa angelique mukandekezi ariko kubera impamvu z’uko imyitozo itabaye myiza ubuyobozi ferwacy bwahisemo kumusiga umwe bakinnyi bahabwa amahirwe kuzitwara neza ruhande rw’u rwanda adrien niyonshuti yadutangarije yizeye kuzatahukana umwanya mwiza kuko yiteguye neza kandi n’isiganwa tour de kigali’ aheruka gutwara ryamwongereye imbaraga niyonshuti kandi avuga ikipe y’igihugu kibazo ifite kuko bafite ibikoresho bihagije ndetse bafite n’amagare mashya kandi agezweho buryo uruhare rusigaye urwabo kwigaragaza muri rushanywa harahabwa amahirwe abanya eritrea kuko ubushize bihariye imyanya mbere ryaberaga rwanda daniel teklehaymanot ukinira world cycling center busuwisi yabaye uwa mbere akaba yarasize iminota n’amasegonda niyonshuti adiren waje mwanya kane iri rushwa rizitabirwa n’ibihugu theoneste nisingizwe
2economy
kireheumugabo afungiwe gufatanwa imiti irimo coartem amoxicyline paracetamol erithmentic magendu
inyubako nshyashya new kirehe administrative building polisi y’u rwanda karere kirehe yafatanye umugabo kigero cy’imyaka y’amavuko imiti y’ubwoko butandukanye magendu irimo coartem amoxicyline paracetamol erithmentic iyi miti yafatiwe nzu muhoza danny mata hakaba kagari rugarama murenge kigina umuvugizi polisi y’u rwanda ntara y’uburasirazuba inspector of police ip emmanuel kayigi yagize atigucuruza imiti bisabirwa uburenganzira nzego zibishinzwe imiti nk’iyi igira ingaruka mbi buzima bw’umuntu wayinyoye kubera iba itujuje ubuziranenge yakomeje agira atikugurisha imiti buryo nk’ubu bigira ingaruka mbi bukungu kubera ukora bucuruzi adasora kandi hari abayicuruza buryo bwubahirije amategeko ip kayigi yavuze muhoza afungiwe sitasiyo polisi y’u rwanda kirehe ndetse n’iyo miti akaba ho gihe iperereza rikomeje yagiriye abantu inama kwivuza kugura imiti ahantu hemewe kugura iya magendu ishyira ubuzima bwabo kaga kandi abasaba guha polisi y’u rwanda amakuru y’abayicuruza buryo bunyuranije n’amategeko ingingo y’itegeko n rvo ryerekeye ubuhanga by’imiti ivuga gushinga ikigo gikorerwamo ibya farumasi kugikoreramo gihugu bigomba kubanza kubonerwa uruhushya minisitiri ufite ubuzima nshingano ze ingingo y’iri tegeko ivuga umuntu wese ukora imirimo ihariwe abafarumasiye atujuje ibyangombwa biteganywa n’amategeko azahanishwa igifungo kiri hagati y’amezi atatu n’umwaka n’ihazabu y’amafaranga y’u rwanda ibihumbi magana atanu cyangwa kimwe bihano ingingo yaryo ivuga gucururiza ibintu ngombabuhanga farumasi kubibunza cyangwa kubidandaza masoko karubanda cyangwa ahandi hantu hose hatemewe bihanishwa igifungo kiri hagati y’amezi abiri n’umwaka n’ihazabu hagati y’amafaranga y’u rwanda ibihumbi ijana n’ibihumbi magana atanu cyangwa kimwe bihano yanditswe ubwanditsimuhaburarw
6technology
sobanukirwa internet g izahindura ubuzima muntu
ni umuyoboro ugereranywa nk’intambwe nshya ndetse none nk’itafari rizaganisha rugendo ruhindura buri kimwe uhereye buvuzi bwifashishije ikoranabuhanga nk’aho umuganga ashobora kubaga umuntu kandi batari kumwe ikoranabuhanga modoka buzima busanzwe buryo waba kazi ugacana imbabura wasize rugo n’ibindi bizwi internet of things ni byinshi ariko wakwibaza impamvu abantu gihe bashishikariye g ni cyayo cyiza gitandukanye n’ibisanzwe cyangwa se ibiki izahindura buzima muntu mu kinyarwanda cyoroshye g wayisobanura nk’icyiciro gatanu cy’ikoranabuhanga ryihutisha amakuru kurusha ibisanzwe gusa tuvuze kwihuta bisobanurwa kwinshi nko amerika sosiyete y’itumanaho verizon iherutse gukora igerageza g isanga ishobora kwihuta nk’igihe umuntu amanura ibintu download akabona gigabits isegonda gbps ni ukuvuga nk’inshuro ziri hagati y’icumi z’umuvuduko usanzwe ndetse umuvuduko mwinshi utanabona miyoboro fibre optique bisobanuye uyifashishije ushobora kumanura internet ibintu amagana muvuduko hejuru ntabwo umuvuduko gusa niba internet ugakanda kintu runaka ugiye gusoma hari umwanya bifata kugira rupapuro wakanzeho rufunguke cyongereza bizwi latency ubusanzwe bishobora kumara milliseconde isegonda rimwe harimo milliseconde kugira rupapuro rufunguke ariko g munsi milliseconde bifate nk’aho nk’igihe bitwara kugira telefoni yawe itere umurabyo gihe gufotora ikindi cyiza cyayo ifite ubushobozi kuba wacomekaho ibikoresho byinshi by’ikoranabuhanga kurusha washyira internet isanzwe ukayifashisha rugo wenda ucometseho firigo yawe ikaza kuguha amakuru ibintu birimo harimo ibyakonje cyane cyangwa se ibigiye kubora n’ibindi wumvise ikora uhita wibaza giciro cyayo ubu rwanda ntabwo ihari wenda buryo twarebera bintu yacu ariko nko leta zunze ubumwe amerika sosiyete z’itumanaho ziri kwishyuza nibura amadolari yiyongera asanzwe yishyurwa n’umuntu kwezi uru urugero verizon kugira ukoreshe g bisaba uba ufite igikoresho kiyakira ntabwo ikibonetse cyose urugero telefoni nyinshi ziri gusohoka zigezweho zakira g kimwe n’uko hamaze iminsi hasohoka izakira g umwaka ushize sumsung yashyize isoko samsung galaxy s ishobora kwakira g ikindi telefoni nyinshi zashyizwe isoko ntangiriro z’umwaka ushize usanga zikoresha ikoranabuhanga rizifasha kwakira gutanga amakuru ryakozwe qualcomm snapdragon x rizibashisha kwakira g uyu mwaka byitezwe hazashyirwa isoko telefoni nyinshi zakira g kurusha ushize
0politics
ntitwabona ishimwe duha abaturokoye jenoside- abarokokeye i mwurire
ibi byagarutsweho benshi barokotse jenoside bitabiriye imihango kwibuka jenoside nshuro rwibutso mwurire karere rwamagana munsi tariki munyaneza jean baptiste ukuriye ihuriro ry’abarokotse jenoside yagize amahano jenoside yabaye ndengakamere atwara abacu benshi abarokotse shimo twabonera abaduhishe n’ingabo zari iza fpr zahagaritse bwicanyi tukabona agahenge ubu duhagaze gitwari twibeshaho ndetse turangamiye imbere heza terambere rutareka vianney wavuze izina benshi barokokeye i mwurire yibukije bahabanye gitwari bihe bibi bafashanya kandi banasangira duke bafite yanabwiye abataratahaye abatutsi bahahungiye bafatanye urunana kwirwanaho nubwo ababahigaga bitwaje intwaro nyinshi zirimo n’imbunda bahabwaga n’abari abayobozi babi gihe imfubyi zifite ababyeyi n’abavandimwe biciwe i mwurire zaserutse zishimira ababyeyi n’abavandimwe batabarutse gitwari bazize ubusa zashimye abakomeje kuzifasha nyuma jenoside benshi bakaba babaye abasore n’inkumi abandi abagabo n’abagore bizihiye u rwanda bose bashimiye cyane ingabo zari iza fpr inkotanyi zahagaritse ubwicanyi banashimira cyane bamwe batarahigwaga bahishe cyangwa bakaburira abahigwaga igihe abicanyi babaga badashaka hagira n’umwe urokoka mu mihango kwibuka yabereye i mwurire hanashyinguwe imibiri y’abantu bashyinguwe hirya hino rwamagana ahishakiye jean d’amour
10religion
serge iyamuremye yasohoye indirimbo nshya unconditional love amaze imyaka asengera-video
avuga ndirimbo nshya yumvikana ndimi zitandukanye nkigiswahili nicyongereza serge iyamuremye yadutangarije yayanditse nyuma gutangazwa nurukundo rwimana ati iyi ndirimbo yaje bitewe nuburyo isaha yindi mbona urukundo yesu buzima bwanjye iteka wananiwe ntakureka isi yakwanze ntakureka ntabuzima ntakureka agukunda byago usigarana inshuti zakuretse serge iyamuremye yabwiye inyarwanda yaje gusanga urukundo yesu impano ihebuje abizera imana bahawe ati naje gusanga urukundo yesu ikintu kidasanzwe abizera twahawe yadutangarije hari hashize imyaka itanu asengera ndirimbo ikindi ndirimbo njyewe ndirimbo imyaka nsengera iyo ndirimbo myaka nsengera serge iyamuremye bahanzi bakomeye ndetse bakunzwe cyane muzik kuramya guhimbaza imana izina rye rizwi benshi cyane cyane urubyiruko nabandi bakunda indirimbo zibyinitse nizindi ziri njyana zigezweho twavugamo amashimwe yari njyewe arampagije nizindi akunzwe cyane kandi nabakunda indirimbo kuramya imana zimwe umuntu aririmba yumva arimo kuganira nimana twavugamo biramvura serge avuga igihe cye gukora cyane reba indirimbo unconditional love ya serge iyamuremye
4entertainment
’nishema kuba nzaririmbana kassav papa mama bumvaga indirimbo zabo igihe bateretanaga’ - christopher
itsinda ry’abanyamuziki ryakunzwe myaka rizwi kassav rizataramira abanyakigali munsi w’abakundana valentine’s day bazafatanya muneza christophe uzwi izina christopher itsinda ry’abanyamuziki ryakunzwe myaka rizwi kassav rizataramira abanyakigali munsi w’abakundana valentine’s day bazafatanya muneza christophe uzwi izina christopher biragoye kubona umuntu wavutse myaka utazi indirimbo kassav ou lala medecinakole sere n’izindi nyinshi tsinda ririmo kuzenguruka isi ry’izihiza imyaka rimaze ribayeho mu kiganiro n’abanyamakuru arthur nation n rg bafatanyije gutegura gitaramo batangaje impamvu batumiye kassav ndetse n’impamvu bahisemo christopher bundandi nice uhagarariye arthur nation yavuze basanzwe bategura ibitaramo seka live biba buri kwezi ariko bakaba bashaka gushimisha abanyarwanda munsi w’abakundana valentine’s day yagize uyu mwaka dufite ibikorwa byinshi ariko by’umwihariko twateguriye abakundana igitaramo cy’umwihariko kassav izataramira abanyarwanda ndetse christopher kassav irimo kwizihiza imyaka imaze ibayeho ndetse christopher azaba yizihiza imyaka amaze muziki twifuje kubahuriza gitaramo kimwe kandi bafite n’ibyo bahuje kassav n’itisnda ryakanyujijeho biragoye kubona umuntu ukunda umuziki w’ururimi rw’igifaransa utazi kassav ubusanzwe christopher asanzwe ategura ibitaramo ngaruka mwaka munsi w’abakundana yavuze yishimiye kuzataramana kassav igihe azaba yizihiza imyaka amaze muziki yagize n’ibintu bishimishije gukorana igitaramo kassav noneho murugo baremeye mbere bajyaga bapinga bakundaga makanyaga ngira amahirwe nkorana indirimbo ariko nabwo ntibemeye neza papa yajyaga anyumvisha indirimbo kassav akambwira yazumvishe mama igihe bateretanaga none tugiye gukorana igitaramo baremeye christopher asanzwe ategura ibitaramo munsi w’abakundana ariko mwaka azafatanya kassav gushimisha abakundana christopher akomeza avuga myaka amaze muziki y’igiyemo byinshi kuko yatangiye umuziki afite imyaka gusa itsinda kassav rigizwe n’abaririmbyi aribo jocelyne broard jacob desvarieux jean-philippe marthly patrick st eloi jean-claude naimro claude vamur and georges dcimus bakora umuziki live ndetse banacurangaiki gitaramo kizaba tariki gashyantare kigali convention center kwinjira gitaramo frw ahasanzwe ndetse vip frw ndetse frw amatike yatangiye kugurishwa wwwrgticketscom indirimbo kassav httpswwwyoutubecomwatchvpoi
4entertainment
abahanzi bazakomeza pggss ii bamenyekanye
mu muhango kubatangaza wabereye serena hotel i kigali ijoro tariki byagaragaraga muhanzi wiyizeye buboneke bakomeza kiciro kabiri mu gihe gutangaza abahanzi bazakomeza hari umwe bagize jast family utari uhari wagize ikibazo cy’umutima nk’uko byatangajwe croidja undi wakomeje ariko utaragaragaye birori emmy wahagarariwe kitoko benshi bafana nabo bafite impungenge kubona umuhanzi bakunda adahamagawe ikintu cyagaragaye matora kandi kikaba cyanatangaje abantu cyane ukuntu injyana hip hop ikunzwe cyane gihe rwanda gihe mbere gutangira yatangiye abantu batayumva batanayikunda ahubwo bakayita iy’ibirara n’abanywarumogi mu bahanzi b’injyana zinyuranye hip hop yihariye imyanya ukuvuga y’imyanya izindi njyana nazo zisaranganya indi myanya isigaye abahanzi batashoboye gukomeza kamichi urban boys uncle austin the brothers ellion victory naason paccy jozy rafiki nyamitari kugeza abantu banyuranye batangiye kugira babivugaho ku rubuga facebook bamwe bavuze amatora yagenze neza ariko hari abahanzi batagombaga kuburamo kamichi urban boys rafiki nyamitari abandi bavuze hari abahanzi batunguranye batari kugaragara kurusha mbere abo bahanzi just family emmy young grace danny knowless dream boys king james rider man jay polly bull dog babikwiriye rwose dore abahanzi batowe numero zizabaranga gihe kwiyamamaza bahatanira umwanya umwe rukumbi uzavamo ibihembo bishimishije harimo gukorana indirimbo n’umuhanzu w’umunyamerika jason derulo emmy afite numero young grace afite numero just family bafite numero dream boys bafite numero bull dog afite numero danny nanone afite numero knowless afite numero jay polly afite numero rider man afite numero king james afite numero marie clemence cyiza uwimanimpaye
2economy
u rwanda rwiyemeje kuzamura ubwikorezi bw’indege
nzahabwanimana yafunguraga inama y’iminsi ibiri mugaragaro yiga bijyanye n’ubwikorezi gucunga umutekano ndege yagize guverinoma yihaye intego kwita bwikozi bw’indege kandi izakomeza gukorana n’abafatanyabikorwa kuzamura imikorere y’uru rwego iyi nama kubera i kigali yatangiye kuwa mbere tariki ukwakira yitabiriwe n’abakozi bakora nzego zijyanye n’ubwikorezi bw’indege rwanda yateguwe n’urwego mpuzamahanga ry’indege gisivile ruhuza ibihugu afurika nyanja y’abahinde icao-afi bufatanye leta y’u rwanda nzahabwanimana yavuze ubwikorezi bw’indege ingenzi gihugu nk’u rwanda kidakora nyanja yibukije u rwanda igihugu kigendwa naba mukerarugendo benshi kandi ubukerarugendo bukaba butanga umusanzu kuzamura ubukungu bw’igihugu kugeza mukerarugendo barenga bakoresha ikirere kuza gihugu bukerarugendo mu rwanda hakorera ibigo bitandukanye bikora ubwikorezi kirere nk’ikigo cy’u rwanda gutwara abantu n’ibintu ndege rwandair ndetse hakorera n’ibigo bitwara abantu n’ibintu kirere klm brussels airlinesmu mpera z’uku kwezi kanama rwandair yazanye mbere mugabane w’afurika indege mbere zihanitse bwoko boeing - umunyamakuru kigali today
0politics
perezida kagame yakoze impinduka nyinshi guverinoma hagaragara minisiteri nshya
perezida kagame yatangaje impinduka guverinoma abaminisitiri batanu bashya ndetse minisiteri nshya zirimo iya siporo gusa ndetse n’iy’umutekano gihugu yarakuweho izi mpinduka zabaye guverinoma zatangajwe mugoroba mbere tariki ugushyingo gushyiraho bayobozi byashingiye biteganywa n’itegeko nshinga repubulika y’u rwanda ryo ryavuguruwe cyane cyane ngingo yaryo mbere gushyiraho abayobozi hari imyanya ine idafite abayobozi bayiriho kubera izindi nshingano zitandukanye bahawe muri itatu gusa niyo yabonye abayicaramo izo ntebe zirimo iy’uwari minisitiri siporo n’umuco nyirasafari esprance n’umunyamabanga leta minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ushinzwe imibereho myiza y’abaturage dr alvera mukabaramba bagizwe abasenateri hari kandi umunyamabanga leta minisiteri y’ibikorwa remezo ushinzwe gutwara abantu n’ibintu uwihanganye jean de dieu wagizwe ambasaderi w’u rwanda singapore n’umunyamabanga uhoraho migeprof umutoni gatsinzi nadine watorewe kuba umuyobozi wungirije w’umujyi kigali mu mpinduka perezida kagame yakoze yagaruyeho minisiteri y’umutekano gihugu imaze imyaka itatu ikuweho ishyirwaho gen patrick nyamvumba usanzwe umugaba mukuru w’ingabo gen patrick nyamvumba umugaba mukuru w’ingabo yagizwe minisitiri w’umutekano gihugu ni nshuro mbere mugabo w’imyaka yinjiye guverinoma minisiteri yahawe kuyobora yahoze ifitwe depite sheikh musa fazil harerimana wayiyoboye imyaka kugeza isheshwe iyari minisiteri siporo n’umuco yahinduwe isigarana inshingano kureberera siporo gusa yahawe minisitiri aurore mimosa munyangaju usanzwe umuyobozi sosiyete y’ubwishingizi sonarwa life assurance company ltd akaba n’umuyobozi ushinzwe ubugenzuzi nama y’ubutegetsi y’ikigo cy’imari copedu plc’’ minisiti siporo aurore mimosa munyagaju umunyamabanga uhoraho minisiteri siporo yagizwe didier shema maboko usanzwe umusifuzi mpuzamahanga mukino basketball minisiteri isanzwe iy’urubyiruko yongewemo n’umuco ihabwa minisitiri rose mary mbabazi wabaye minisitiri w’urubyiruko kanama gihe umunyamabanga leta minisiteri y’urubyiruko n’umuco yagizwe edouard bamporiki usanzwe perezida w’itorero ry’igihugu umwanya minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane usanzweho dr sezibera richard umaze igihe arwaye wahawe dr vincent biruta dr biruta bamaze igihe kinini guverinoma kuko yayinjiyemo yabaye myanya itandukanye y’ubuyobozi nyuma jenoside yakorewe abatutsi yabaye minisitiri w’ubuzima - minisitiri w’imirimo leta ubwikorezi n’itumanaho - perezida w’inteko ishinga amategeko - perezida sena - minisitiri w’uburezi - dr vincent biruta wabaye minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane uyu mugabo w’imyaka y’amavuko usanzwe minisitiri w’ibidukikije yasimbuwe dr jeanne d’arc mujawamariya ambasaderi w’u rwanda burusiya mu yandi masura mashya yahawe inshingano harimo umunyamabanga leta minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ushinzwe imibereho myiza y’abaturage nyirarukundo ignatienne usanzwe depite nteko ishinga amategeko yigeze kuyobora ihuriro ry’abanyarwandakazi inteko ishinga amategeko ffrp indi myanya yashyizweho abayobozi iy’abanyamabanga bahoraho ahatangajwe umunyamabanga uhoraho minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango ingabire assumpta n’umunyamabanga uhoraho minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu n’imibereho myiza y’abaturage dusengiyumva samuel mu bandi bayobozi bashyizweho dr rose mukankomeje wigeze kuyobora ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije rema yagizwe umuyobozi mukuru w’inama nkuru y’amashuri makuru kaminuza hec umwanya asimbuyeho dr muvunyi emmanuel umuyobozi mukuru w’urwego rw’igihugu ngishwanama rw’inararibonye yagizwe tito rutaremara anyurana dr iyamuremye augustin uheruka kwinjira nteko ishinga amategeko umutwe sena akanatorerwa kuwuyobora tito rutaremara yagizwe umuyobozi mukuru w’urwego rw’igihugu ngishwanama rw’inararibonye marc kabandana yashyizwe bagize urwego rw’igihugu ngishwanama rw’inararibonye inkuru igihe
11environment
u rwanda rwahawe inkunga miliyari frw azifashishwa gutera amashyamba
iyi nkunga yatanzwe n’ikigega bihugu danemark finlande islande norvge sude ndf gitera inkunga imishinga igamije guteza imbere ibidukikije ikazifashishwa gushyira bikorwa umushinga ugamije guteza imbere ibicanwa bikomoka biti iyi nkunga ndf izahabwa u rwanda inyuze banki y’isi ikaba iziyongera bikorwa by’umushinga ugamije kugarura ishusho kamere y’amashyamba kuyabungabunga lafrec usanzwe ushyirwa bikorwa n’ikigo cy’igihugu kubungabunga ibidukikije rema rema yatangaje bimwe bikorwa bizaterwa inkunga binyuze mushinga mushya harimo kuvugurura gutera amashyamba mashya kongera ubuziranenge bw’imbuto z’amashyamba guteza imbere imikoreshereze myiza y’ibicanwa bituruka biti ndetse gukwirakwiza uburyo bushya gutanga ingufu zifashishwa nganda z’icyayi umuyobozi mukuru rema engcoletha ruhamya yavuze mushinga uzanagira uruhare guteza imbere ubuhinzi buvuguruye bw’amashyamba bikazibanda bice bikikije pariki y’igihugu gishwati-mukura yagize uzateza imbere amashyamba ndetse n’abayafite utwo duce bazareba bayacunga neza hakazabamo kwigisha abakora amakara bakazayakora neza kandi bikazabaha umusaruro uhagije ukazanunganira ukuntu twakora indi nyigo yatuma tubona ibisimbura ibicanwa bitari ibikomoka biti umuyobozi uhagarariye ndf martina jagerhorn yavuze bahisemo gutera inkunga u rwanda kurufasha guhangana n’imihindagurikire y’ikirere yagize tumaze iminsi twiga mihindagurikire y’ikirere rwanda turebe icyakorwa kugira rugire ubudahangarwa dushingiye bikorwa lafrec tuzakomeza gushyigikira u rwanda guhangana n’ihindagurika ry’ikirere biteganyijwe mushinga uzanafasha kongerera ubushobozi amakoperative atunganya akanacuruza amakara rwego kuyafasha kurushaho kuyakora buryo burambye kongera ubuziranenge n’ubwiza bw’amakara ndetse gushaka amasoko ibindi bikorwa birimo kongerera ubushobozi ikigo cy’igihugu cy’imbuto z’amashyamba ndetse gufasha inganda zitunganya icyayi n’abandi baturage kubona ibindi bicanwa bitangiza ibidukikije bakwifashisha mirimo buri munsi uyu musnhinga utangiye uzasoza ibikorwa byawo
4entertainment
nsanzamahoro wamamaye ’rwasa’ filime yitabye imana
nsanzamahoro denis wamenyekanye filime nyarwanda ’rwasa’ yitabye imana kane azize indwara diabte amaranye iminsi nsanzamahoro arwariye bitaro bikuru kaminuza kigali chuk mbere yitabye imana gicamunsi kane tariki nzeri mushiki nsanzamahoro umurwarije chuk yabwiye igihe musore yitabye imana azize diabte ati yitabye imana munsi nibyo amaze iminsi muganga yahageze mbere yakinnye filime nyinshi yinjiraga mwuga yatangiriye filime yitwa days yakozwe n’umwongereza jack hughes itunganywa eric kabera ikinirwa kibuye mu yakinnye yitwa ’sometimes in april’ yayobowe raoul peck wanakoze filime patrice lumumba nsanzamahoro kandi yakinnye filime ’operation turquoise’ ’a walk with a lion’ yakiniwe kenya ’shooting dogs’ ivuga jenoside yakorewe abatutsi rwanda by’umwihariko igaruka biciwe eto kicukiroyakinnye filime zitandukanye mpuzamahanga zivuga k’u rwanda nsanzamahoro kandi yikoreye filime ze zinyuranye zirimo n’izamamaye hano rwanda filime y’uruhererekane yacaga televiziyo rwanda yitwa sakabaka rwasa yanitiriwe yitabye imana atararushinga icyakora biganiro yagiye agirana n’ibinyamakuru binyuranye yakunze kwemeza afite umwana w’umuhungu nubwo atigeze yifuza kumugaragaza inkuru igihe
0politics
urubanza rw’umuyobozi w’ ikinyamakuru umurabyo ruzasubukurwa umwaka utaha
urukiko rwabitangaje gatatu tariki ugushyingo rukiko rwikirenga kimihurura abaregwaga bahageze biteguye kuburana ariko ubushinjacyaha bukabura agnes nkusi uwimana mugenzi bajuririye rukiko rw’ikirenga nyuma yaho urukiko rukuru repubulika ruhamije agnes ibyaha yaregwagwa n’ubushinjacyaha akatirwa igihano gufungwa imyaka n’ihazabu y’amafaranga ibihumbi agnes uwimana akurikirankweho ibyaha gupfobya jenoside kuvutsa igihugu umudendezo gusebanya n’amacakubiri umwanditsi mukuru w’iki kinyamakuru umurabyo saidath mukakibibi urukiko rukuru rwari rwamukatiye igihano gufungwa imyaka kuri kabiri kandi hari hateganyijwe urundi rubanza rw’umukuru w’ishyaka ps imberakuri bernard ntaganda uru rubanza narwo ntirwabaye kubera ubushinjacyaha butabonetse tariki gashyantare mwaka urukiko rukuru rwari rwakatiye bernard ntaganda igihano gufungwa imyaka kubera ibyaha akurikirankweho birimo kuvutsa igihugu umudendezo gukora imyigaragambyo itemewe ndetse n’amacakubiri eric muvara
6technology
u rwanda rugiye gushyira isoko telefone zakorewe rwanda
ministiri w’ikoranabuhanga itumanaho guhanga udushya ingabire paula yizeza hagati y’ukwezi gicurasi n’u kamena u rwanda ruzashyira isoko telefone zigezweho zikorerwa rwanda ministiri ingabire paula avuga hashyizweho ingamba kugirango ibikoresho by’itumanaho nk’iminara telefoni zigezweho bikomeze kwegerezwa abaturage kandi bakoroherezwa kuzishyura ubwo yavugaga telefone minisitiri ingabire agira telefone ’made in rwanda’ smartphones zisanzwe itandukaniro ryazo twagiye tureba serivisi zigenda zitangwa nabafatanyabikorwa batandukanye twagiye tubyerekana buvuzi burezi buhinzi smart nkunganire noneho turimo dukorana nuyu mushoramari uzazana telephone made in rwanda ukugira telefone izajye iza ifite serivisi zose ziri telefone byorohere umuturage wayiguze abashe koroherezwa kugira akoreshe serivisi yifashishije smart phone yongeraho uyu munsi urebye ibiciro smart phone ntabwo byoroha umuturage yishyure giciro icyarimwe kugira ayiboneariko arinabyo twagiye tubagaragariza tubashije gushyiraho ingamba ziborohereza kwishyura telefone mezi cyangwa bifasha korohereza abaturage kugira babashe gutunga smart phone zibafasha mibereho iterambere kugeza umubare w’abari n’abategaruguri rwanda bafite ubumenyi ikoranabuhanga digital literacy kigereranyo
4entertainment
rihanna wagurishije indirimbo nyinshi internet
ku mwanya kabiri uru rutonde haza itsinda ryitwa black eyed peas babashije kugurirwa indirimbo n’abantu bagera miliyoni ku mwanya gatatu haza umuraperi eminem waguriwe indirimbo n’abantu bagera miliyoni umuririmbyikazi lady gaga umaze iminsi yigaragaza byiciro byinshi muzika aza mwanya kane n’abantu bagera miliyoni bamugiriye indirimbo internet kumwanya gatanu haza umuririmbyikazi taylor swift uririmba njyana country waguriwe indirimbo n’abantu bagera miliyoni umwanya gatandatu uriho umuririmbyikazi kattyperry uririmba njyana pop rock waguriwe indirimbo internet n’abantu bagera miliyoni umuraperi lil wayne aza mwanya munani kuko indirimbo ze zaguzwe internet n’abantu bagera miliyoni lil wayne akurikirwa n’umuririmbyikazi w’igihangange njyana rnb witwa beyonce beyonce abantu bamuguriye indirimbo hifashishijwe internet bagera miliyoni ku mwanya cyenda haza umuraperi kanye west imibare igaragaza abantu bamuguriye indirimbo bangana n’abaguriye beyonce umuririmbyi usoza urutonde rw’abaririmbyi icumi bamaze guca agahigo kugurirwa indirimbo n’abantu benshi binyuze internet umuririmbyikazi britney spears uririmba njyana pop uyu muririmbyikazi abantu bamuguriye indirimbo binyuze internet bagera miliyoni abaririmbyi bakorera leta zunze ubumwe z’amerika nibo bigaragara bagurirwa indirimbo cyane hifashishijwe internet jean baptiste micomyiza
1sport
abakinnyi barangwe guhatanira intsinzi umutoza seninga
umutoza police fc innocent seninga yahamagariye abakinnyi abereye umutoza kurangwa n’imyitwarire guhatanira intsinzi kugira bazagere musaruro ushimishije mwaka shampiyona rwanda mu kiganiro n’abanyamakuru yatanze mbere y’umukino yanganyijemo kirehe munsi seninga yishimiye umusaruro w’ikipe kugeza ariko yongeraho igomba kugenda ikosora amakosa amwe n’amwe yagiye ayigiraho ingaruka kibuga hanze yacyo seninga yagize atitumaze gukina imikino indwi twatsinze ine tunganya ibiri dutakaza umwe ikintu twaheraho twubaka imbere h’ikipe police fc yatangiranye imbaraga nke shampiyona kuko yatsinzwe umukino mbere ariko akaba nawo yatsinzwe wonyine kugeza yakurikijeho indi itandatu yamaze idatsindwa nyuma kunganya kirehe igitego kimwe kimwe umutoza seninga yagize si umusaruro mwiza twe munsi ariko tugomba kubikuramo imbaraga zizatubashisha gutsinda umukino ukurikiyeho tuzahuramo peniniere uku kunganya gusize police fc mwanya kabiri n’amanota gihe kirehe nayo mwanya gatandatu n’amanota nyuma y’imikino irindwi mu bakinnyi police fc igenderaho harimo umusore ukiri muto witwa dany usengimana umaze kuyitsindira ibitego byinshi uyu warangije shampiyona y’umwaka ushize ayoboye abandi gutsinda ibitego byinshi mwaka amaze gutsinda ibitego mikino harimo n’aho yatsinze ibitego bitatu mukino umwe baheruka gutsinda musanze ibitego - dore mikino police fc ifite vuba -- pepinieres fc vs police fc -- police fc vs etincelles fc -- apr fc vs police fc yanditswe ubwanditsimuhaburarw
0politics
gatsibo batangiye icyunamo baharanira ubumwe
intwaro yakoreshejwe kugira jenoside igerweho ugucikamo abanyarwanda ibice nk’uko byasobanuwe n’ umunyamabanga nshingwbaikorwa w’akagari kabarore rigati gaspard yagize icyo dukwiye gukora uguharanira ubumwe nk’uko leta yacu ibidushishikariza tukirinda ibidukandukanya ahubwo tugahuriza umugozi umwe dufasha abafite intege nke tukagera iterambere mu kagari kabarore umurenge kabarore abaturage baganiriye uburyo mbere y’umwaduko w’abazungu abanyarwanda babanye neza bagarutse kandi buryo abazungu batangiye kuzana ivangura ishuri kugeza nubwo batangiye kwandika ubwoko marangamuntu kimwe ntwaro zakoresheshe kubiba itandukaniro ry’abanyarwanda uretse kuganiro ibiganiro by’amateka yaranze u rwanda abaturage karere gatsibo bafashe umwanya gutekereza bazakorera abacitse icumu jenoside biyemeje buri mudugudu ugomba kugira utegura kizagenerwa abacitse icumu batishoboye abaturage bamaganye bamwe bagaragaye bapfobya igikorwa kugenera inkunga kubacise icumu batishoboye bavuga ivangura bagombye gufasha abatishoboye abaturage bavuga ntacyo bakora bashobore guhoza uwabuze abantu nubwo batanga inkunga ukumufata mugongo atari ivangura kuko gahunda leta zafasaha abantu biciye budehe abaturage bemeranyijwe bagomba kujya bahura buri saa munani kugira go bagire ibiganiro kandi basabwa kwirinda kwamagana ingengabitekerezo jenoside kuko abaharanira ubumwe batagomba kugira ikibatandukanya ku rwego rw’akarere gatsibo igikorwa gutangiza icyunamo cyatangiriye murenge muhura mudugudu taba ariko abaturage siho bagiye kuko bamwe midugudu bagiye bagira ibiganiro bisesengura icyateye jenoside bibukiranya amateka sylidio sebuharara
0politics
kwitwara neza buroko gufasha urukiko bimwe bitumye bagaragaza agiye kurekurwa
iki cyemezo cyafashwe tariki ukwakira n’umucamanza khalida rachid khan uyobora urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u rwanda tpir gusaba irekurwa bagaragaza michel wakatiwe igihano gufungwa imyaka mwaka ushize amakuru kigalitodaycom gikesha itangazo ry’uryo rukiko aravuga mpamvu zatanzwe kumurekura harimo kuba urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho yougoslavia tpiy rufite imikorere ijya gusa n’iya tpir ruteganya imfungwa zakatiwe zishobora kurekurwa nyuma kumara bitatu kane by’igifungo barakatiwe kandi bagaragaza amaze imyaka afunze ukuvuga by’imyaka umunani yakatiwe izindi mpamvu michel bagaragaza ubwe yiyemeje kwishyikiriza urukiko akanemera yashinjwaga ndetse akerekana azi uburemere bwabyo akanabyicuza kuba yararanzwe n’imyitwarire myiza afungiye sude mugabane w’u burayi nyakanga umunyarwanda michel bagaragaza yahoze umuyobozi mukuru w’ikigo ocir- ishami ry’icyayi akaba yarafatwaga nk’umwe nkoramutima juvnal habyarimana perezida w’u rwanda yamaze igihe ashakishwa tpir byaha kunoza umugambi jenoside yakorewe abatutsi kugira uruhare jenoside n’ubufatanyacyaha jenoside tariki kanama bagaragaza yishyikirije tpir bwende bwe yitaba urukiko munsi ukurikiyeho ariko ahakana byaha byose yashinjwaga nyuma y’aho bidashobokeye yoherezwa kuburanishirizwa rwanda nyuma kugirana imishyikirano yihariye n’ubushinjacyaha bagaragaza yemeye kuba yaragize uruhare ruziguye jenoside kuko yaremeye intwaro zari zigenewe gukora jenoside zibikwa ruganda rw’icyayi rubaya ndetse akaba yaranaguriraga interahamwe inzoga akanaziha amafaranga yemereye urukiko kandi yahaga interahamwe imodoka z’uruganda bazikoreshe ngendo zabo ariko yongeraho yabikoraga akiza amagara n’umuryango uko gufasha interahamwe bikaba aribyo byatumaga ubushinjacyaha buvuga yazorohereje akazi bigatuma zibasha kwica abantu bahungiye musozi kesho kiliziya nyundo utwo duce twose turi karere rubavu kubera kwemera yaregwaga kubisabira imbabazi imbere y’urukiko tariki ugushyingo bagaragaza yakatiwe igifungo cy’imyaka umunani kandi urukiko rutegeka hakurwamo igihe yafunzwe michel bagaragaza azafungurwa itariki ukuboza bivuze ashigaje ukwezi kumwe n’iminsi itandatu buroko ernestine musanabera
4entertainment
inyarwanda ltd igiye guhuza ibyamamare rwanda n’abafana
agashya mbere birori abakobwa bazahagera mbere bazaba bambeye neza bazahabwa uburenganzira kwinjira buntu ndetse abafana bagera babiri bazaba bambaye neza kurusha abandi nabo bakazahabwa telefoni ebyili zigendanwa z’agaciro kanini bagenewe n’iduka schilo phone ibi byiyongera tombola izatangwamo ibihembo bitandukanye mtn si gusa kandi kuko hazaba hari live band izaba irimo gucurangira abantu umuziki live bakaziyongeraho imikino y’ikinamico zisetsa muri birori kandi bimaze kwemezwa hazagaragaramo ibihangange muzika karere k’afurika y’iburasirazuba msechu ng’ang’alito patricia judge ian bazwi cyane marushanwa tusker project fame bagiye bagaragaraza ubuhanga buhanitse muzika ariko bakagenda banikirwa n’umunyarwanda alpha rwirangira abafana n’ibi byamamare bazabasha kugaragara birori umuntu wese azaba afite uburenganzira kwifotozanya n’icyamamare ashaka ndetse agahita abasha gutahana ifoto munsi ibi birori inyarwanda fans hangout bigiye kuba nshuro kabili ubuyobozi inyarwanda butangaza kugirango bukorere abanyarwanda ibikorwa bishimishije bahisemo abazinjira birori bakwishyura amafanga buri muntu couple biteganyijwe birori bizaba tariki guhera isaha saa moya z’umugoroba car wash bar resto iherereye mujyi kigali gerard gitoli mbabazi
2economy
inama y’abaminisitiri yibanze ishoramari
muri nama y’abaminisitiri niho hemejwe raporo y’ishyirwa bikorwa gahunda kugabanya ibitumizwa mahanga isaba ingamba zafashwe urwo rwego zakwihutishwa u rwanda kimwe n’ibindi bihugu byinshi afurika ndetse n’ibindi bikiri nzira y’amajyambere usanga ibyinjira gihugu biba biruta ibisohoka hanze y’igihugu abaminisitiri bagejejweho raporo igaragaza ingamba zafashwe kugira u rwanda rukomeze kuza isonga bihugu byorohereza ubucuruzi n’ishoramari nk’uko byagaragarajwe raporo yakozwe banki y’isi bagejejweho kandi raporo y’aho imirimo kubaka uruganda rutunganya umusaruro w’imyumbati kinazi karere ruhango igeze isaba imirimo isigaye yihutishwa kugira uruganda rutangire gutunganya imyumbati aha inama y’abaminisitiri yagejejweho raporo kibazo cy’amata yabuze isoko ntara y’iburasirazuba isaba ingamba zafashwe rwego kubonera isoko ry’amata y’aborozi zakwihutishwa iyi nama yasuzumye kandi yemeza raporo igaragaza gahunda kubaka umuryango w’ibihugu afurika y’i burasirazuba ndetse n’inyungu u rwanda rukura muryango gerard gitoli mbabazi
1sport
apr fc yahagaritse sugira ernest
ikipe y’ingabo z’igihugu apr fc yatangaje yahagaritse by’agateganyo rutahizamu wayo sugira ernest kubera amagambo aherutse kubwira itangazamakuru yagarukaga mpamvu yitwara neza ikipe y’igihugu ariko yagera apr fc bikanga amakuru yihagarikwa sugira ernest gihe apr fc yitegura gucakirana marines fc mugoroba kabiri tariki ukwakira yahamijwe n’umuvugizi kazungu claver mu butumwa yatanze asobanura impamvu mukinnyi yahagaritswe yagize nyuma y’uko sugira atitwaye neza kibuga buryo bunogeye umutoza apr fc agahitamo kutamukoresha mikino ibiri shampiyona bugesera fc etincelles fc akabwira itangazamakuru akinishwa yugarira apr fc ariyo mpamvu adatanga umusaruro kandi ataribyo kuko umupira twese turawureba n’umwanya akina apr fc yongeye kuvuga atisanga apr fc ikipe yamufashe yirukanywe as vita club ikipe yamuvuje inshuro ebyiri gihugu hanze amaze kuvunika kandi ikomeza kumuhemba adakina gihe cy’imyaka ibiri kubera myitwarire mibi yagaragaje ikipe apr fc yamufatiye ibihano muzamenyeshwa nyuma yaho ibitego bibiri sugira yatsinze etiyopiya mukino ubanza n’uwo kwishyura bifashije amavubi y’abakina imbere gihugu gukatisha itike chan izabera cameroun itangazamakuru ryongeye kugaruka cyane buryo musore bihe byiza ikipe y’igihugu nyamara mikino ibiri iheruka shampiyona apr fc atanabasha kuza bakinnyi sugira yitwara neza amavubi abafana bakanabimuhembera ariko apr fc bikomeje kwanga aha sugira yirinze kugira byinshi abivugaho asubiza ikipe y’igihugu n’ikipe isanzwe ibintu bibiri bitandukanye buri muntu agira yisanga navuga niba ugukunda igihugu bindimo cyane nk’uko kirango cy’igihugu birimo ntabwo babimpora nkunda ikipe y’igihugu nayo nisangamo cyane nta kundi nyine n’ahandi bizagenda biza abajijwe impamvu atsinda amavubi ariko apr fc bikaba bikomeje kwanga yagize icyo kibazo gikunda kunteranya n’ikipe yanjye byaba byiza aka kanya ntakivuzeho wenda nkazakivugaho minsi imbere kubera y’uko ubushize naragisobanuye bimbera bibi binsanga n’aho twari mwiherero kubisubiramo mfite umutima mwiza w’intsinzi aka kanya ntabwo byaba byizasugira yahetse amavubi ayageza chan bituma asingizwa ibi yabitangaje nyuma yaho hagati cyumweru myitozo y’ikipe y’igihugu nabwo yabibajijwe gihe avuga imikinishirize itandukanye apr fc abatoza bamusaba kugaruka inyuma akugarira gihe ikipe y’igihugu ho asabwa kubuza amahwemo myugariro ashaka ibitego mu magambo yagize ntabwo abatoza bagira imikinishirize apr fc bansaba kugaruka hagati imbere gihe ikipe y’amavubi nsabwa kubuza amahwemo myugariro nishakira ibitego ibintu bitandukanye bimwe bigenda neza ndetse bikananyorohera ahandi bikangora gusa nzagerageza kwitwara neza hosesugira aheruka kwitwara neza apr fc yatsindiraga ibitego byinshi kipe mikino gisirikare
0politics
igitero fdlr cyahitanye abasivili bagera
inyeshyamba fdlr zateye igitero zihimura baturage kubera gufasha umutwe raia mutomboki ubarwanya nk’uko bitangazwa radio okapi umukuru w’abaturage ubwoko waloa loanda umwami kiroba bulenezi atangaza umubare w’abahitanwe n’icyo gitero ushobora kwiyongera kuko abaturage bakomerekejwe cyane n’imihoro n’imbunda byakoreshejwe fdlr arasaba abasirikare kongo-kinshasa kugaruka ako gace kugira barinde umutekano w’abaturage nyuma b’icyo gitero abaturage bahungiye duce twa walikale-centre itebero karete gihe abandi berekeje kivu y’amajyepfo ibiro by’umuryango w’abibumbye bishinzwe kugoboka abari kaga ocha byashyize ahagaraga itangazo tariki rivuga byumweru bibiri gusa by’ukwezi gatanu fdlr yishe abasivili bagera burasizuba kongo-kinshasa nshimiyimana leonard
0politics
imikorere kutababarira ruswa yatunguye abapolisi b’abanyatanzaniya rwanda
umuhuzabikorwa w’iri tsinda sap lucas kusima ejo yatangaje amahame y’u rwanda gukumira kurinda ruswa hejuru ugereranyije n’ayo tanzania avuga kutababarira icyaha ruswa gato ingenzi urwo rugamba ukuriye urwego rw’iperereza rwanda christopher bizimungu yatangaje guca ruswa bituruka rwego hejuru bikabona kugera baturage yemeza buri wese afite uruhare kurwanya ruswa yagize ntitwavuga rwanda ruswa ihari ariko muntu wapfa kuyishoramo adafite ubwoba gukurikiranwa mu mwaka ushize hakurikiranywe ibirego byayo bigera itsinda ry’abapolisi tanzaniya yatemberejwe ibice bitandukanye basobanuriwe uruhare polisi y’igihugu kwiha ishema imibanire mpuzamahanga ibikorwa remezo polisi ikorera baturage uburinganire n’imibereho myiza y’abapolisi n’ibindi emmanuel n hitimana
4entertainment
rafiki avuga pggss season hari ibyakosowe buryo izagenda neza
mu kiganiro twagiranye tariki yagize njye nabonye hari byinshi byakosowe buryo numva izagenda neza rwose reba nk’ubushize biriya tom close byaratinze cyane n’ubwo byagiye studio professionnel twamubajije yabyakira n’akamaro byamugirira aramutse yegukanye pggss season asubiza magambo numva ikintu cyonyine byamarira ukujya studio professionnel rwego rw’isi numva ikintu gikomeye cyane jye iyo opportunity yatuma ubona n’ibindi byinshi byiza byakugirira akamaro muzika yawe rafiki uherutse gukora indirimbo yilekelemo yavugishije abantu benshi cyane gukora indirimbo ebyiri ndishimye dj b hindukira jay p marie clemence cyiza uwimanimpaye
3health
coronavirus muri usa niho yaciye umuhigo kwica abantu benshi munsi umwe
muri leta zunze ubumwe amerika coronavirus yishe abantu gihe cy’umunsi umwe gusa w’ejo kuwa kabiri nibo benshi ndwara yishe gihugu kimwe munsi kugeza byatumye umubare w’abamaze kwicwa n’iyi ndwara amerika uzamuka ugera nk’uko bivugwa kaminuza y’ubushakashatsi johns hopkins kugeza amerika ifite abantu barenga babonywemo covid- niwo mubare munini gihe isi habarwa abarenga miliyoni banduye gusa kiganiro n’abanyamakuru perezida donald trump yavuze amerika kugana gihe kumanuka kw’iki cyorezo hagati mujyi wuhan bushinwa ndwara yahereye bahagaritse ibihe bidasanzwe nyuma y’ibyumweru imibare hejuru cyane y’abapfuye munsi yabonywe ejo yavanyeho iyari iriho y’abantu ndwara yishe tariki z’uku kwezi kane gusa imibare yatanzwe ejo nayo ishobora kuza kurenga kuko hari leta zimwe amerika zitaratanga imibare yazo new york irazahaye igice kinini cy’izi mpfu cyatangajwe leta new york ifatwa nk’izingiro ry’iki cyorezo amerika ejo gusa leta habaruwe abantu bapfuye iyi leta gusa guca butaliyani mibare y’abamaze kwandura ndwara guverineri wayo andrew cuomo yavuze biboneka cyorezo kigeze gasongero ko abajya bitaro n’indembe kugabanuka bwana cuomo yasabye abatuye new york kuguma zabo kwirinda kujya ahari abantu benshi trump yavuze oms mu kiganiro n’abanyamakuru ejo kuwa kabiri bwana trump yavuze amerika nzira y’uko impfu ziba nke kurusha byari byitezwe avuga itsinda ryo kurwanya ndwara yashyizeho ryateganyaga cyorezo kizahitana abantu amerika bwana trump yavuze amerika kugana kumanuka kw’imibare y’iki cyorezo muri kiganiro yibasiye ishami un rishinzwe ubuzima isi whooms avuga ryatanze inama mbi kandi ryibanze cyane bushinwa ati who rwose yarabyangije nubwo ahanini iterwa inkunga amerika ariko yibanze bushinwa yavuze amerika izafatira amafaranga isanzwe igenerwa who ahandi isi byifashe bite minisitiri w’intebe w’ubwongereza boris johnson yamaze ijoro kabiri cyumba cy’indembe bitaro ubuyapani munsi bwatangiye umunsi mbere w’ibihe bidasanzwe gihuguinteko ishinga amategeko australia biteganyijwe iterana ikemeza umushinga miliyari gufasha abagera kimwe kabiri cy’abakozi gihugu bihe abamaze kwicwa n’iki cyorezo bufaransa barenze nyuma y’uko imibare yiyongereye kubera impfu nyinshi nzu zifashirizwamo abashaje n’abamugayemuri africa kugeza ijoro ryo kuwa kabiri abanduye covid- abo yishe abayikize nkuko bivugwa n’ishami ryita byorezo muryango w’ubumwe africa mu bihugu biri muryango afurika y’iburasirazuba bbc
0politics
dr ngirente amb hazza baganiriye mubano w’u rwanda uae
minisitiri w’intebe dr ngirente edouard yakira hazza mohammed falah al qahtani ambasaderi leta zunze ubumwe z’abarabu rwanda minisitiri w’intebe dr ngirente edouard yakiriye biro bye ambasaderi hazza mohammed falah al qahtani leta zunze ubumwe z’abarabu uae rwanda bagiranye ibiganiro byibanze mubano w’ibihugu byombi
9fashion
card b yagiye nigeria yakirirwa kabyiniro karimo abakobwa bambaye
belcalis marlenis almnzar umuraperi kazi w’umunyamerika wamamaye card b mugore kubarizwa mujyi lagos nigeria card b yakiriwe bidasanzwe yakiriwe kabyiniro gahereye lagos karimo abakobwa bambaye ubusa
0politics
u rwanda rwasubije kongo moto zibwe zigafatirwa i rubavu
urwego rw’ igihugu rw’ ubugenzacyaha rib bufatanye polisi mpuzamahanga interpol basubije repubulika demuka moto bwoko bmw zibweyo zigafatirwa rwanda urwego rw’ igihugu rw’ ubugenzacyaha rib bufatanye polisi mpuzamahanga interpol basubije repubulika demuka moto bwoko bmw zibweyo zigafatirwa rwanda rib yatangaje moto zafashwe ziri kwinjizwa rwanda zinyuze mupaka w’ u rwanda repubulika demukarasi kongo i rubavu nyuma y’ zari zatanzweho raporo ikoranabuhanga i interpol zibwe umuvugizi w’urwego rw’ubugenzacyaha mbabazi modeste yavuze moto zafashwe bufatanye polisi mpuzamahanga yagize izi moto zibwe bufaransa zibwa n’abafaransa ariko nyirazo batanze ibirego bugenzacyaha bw’abafaransa hanyuma ishami polisi mpuzamahanga ryo bufaransa rizishyira buryo bw’ikoranabuhanga bukoreshwa isi hose bugaragaza ibintu byose byibwe bitangirwe mipaka tariki ukwakira moto zagaragaye mupaka gisenyi zinjiye rwanda kuko zari buryo bw’ikoranabuhanga interpol abagenzacyaha mupaka bahise bazibona barazihagarika batanga amakuru cyicaro gikuru hano rwanda rubimenyesha ishami polisi mpuzamahanga ryo bufaransa n’iry’i kinshasa zafashwe abanye-congo bahawe moto bitewe ibigo by’ubwishingizi bufaransa byari byaramaze kwishyura nyir’izi moto ndetse amafaranga zari gutangwaho zisubizwe gihugu kurenga zaguzwe nyuma y’ibiganiro n’ubugenzacyaha bw’u rwanda n’ubwa kinshasa hanzuwe zisubizwa abari baziguze dore abazibye barimo gukurikiranwa bufaransa izi moto buri ifite agaciro k’ibihumbi by’amayero masumbuko gerard wasubijwe moto avuga bagenzi baziguze i kinshasa ahantu hagurishirizwa moto n’imodoka ubwo twari turi gahunda kuzenguruka moto mijyi y’ibihugu bitandukanye irimo kigali bujumbura dar es salaam zambia angola tugomba gusoreza i kinshasa twaje kugera rwanda polisi irazifata itubwira zifite ikibazo
2economy
impamvu ijambo fox utazongera kuribona kirango
ubuyobozi disney bwavanye ijambo fox kirango kizwi cyane th century fox studio itunganya filimi ukwitandukanya n’ibikorwa by’uwari nyiri fox witwa rupert murdoch ibinyamakuru amerika bivuga disney - nayo ifite studio - idashaka kwitiranywa n’ibikorwa fox news network bishyigikiye uruhande perezida donald trump kugeza ariko disney ntiratangaza impamvu zayo disney yaguze studio hamwe n’ibindi bikorwa by’itangazamakuru masezerano miliyari kwezi gatatu umwaka ushize th century fox izwi cyane isi gutunganya zimwe filimi zakunzwe benshi isi avatar cyangwa titanic variety magazine yatangaje nkuru mbere ihinduka ry’iri zina ivuga yahawe amakuru n’umuntu ukora disney wavuze izina fox risobanuye murdoch kandi ryangiza kompanyi z’abakozi zahinduwe kuwa gatanu ziva foxcom zihindurwa thcenturystudioscom kompanyi th century fox yashinzwe habayeho kwihuza kompanyi y’itangazamakuru y’umuherwe rupert murdoch yaguze studio hagati myaka sheni fox news yashinzwe igeraho iba sheni irebwa kurusha izindi amerika umuryango murdoch wagumanye iby’itangazamakuru ikigo fox corporation kiyoborwa n’umuhungu rupert murdoch witwa lanchland variety magazine ivuga inanga n’amatara biri kirango th century fox studio bizagumaho disney ifite kandi th century fox television fox television studios ntiratangaza hari impinduka zizaba mazina y’ibyo bikorwa disney isanzwe ifite imbaraga makuru amerika ifite ikigo cy’itangazamakuru abc ubu kandi irateganya gutangira guhatana netflix isoko ryo kwerekana cinema internet rubuga yafunguye umwaka ushize rwitwa disney
1sport
cecafa kagame cup amakipe ahagarariye u rwanda ntayabashije kurenga
irushanwa cecafa kagame cup rigeze ahakomeye amakipe ahagarariye u rwanda rwaryakiriye ariyo rayon sports apr fc mukura victory sports yamaze gusezererwa irushanwa cecafa kagame cup rigeze ahakomeye amakipe ahagarariye u rwanda rwaryakiriye ariyo rayon sports apr fc mukura victory sports yamaze gusezererwa ikipe apr fc yaraye isezerewe as maniema penaliti - nyuma y’ iminota y’ umukino yarangiye amakipe yombi angana - byatumye apr iviramo rayon sports yakuriwemo kcca fc yegukanye igikombe shampiyona uganda ni nshuro mbere apr fc inaniwe kugera mukino nyuma cecafa kagame cup nshuro zose yabereye rwanda muri as maniema izahura azam fc tanzania mukino uzaba gatanu saa gihe uzahuza green eagles zambia kcca uganda guhera saa stade kigali indi kipe rwanda yasezerewe rushanwa cecafa kagame kagame rizasozwa cyumweru tariki nyakanga mukura victory sports mukura yavuze idafite amakinnyi kuko bamwe yakinishije abanyakiraka abakurikiranira umupira w’ amaguru rwanda bavuga kuba kipe rwanda yabashije kugera cy’ rushanwa bigaragaza abakinnyi b’ umupira w’ amaguru rwanda baciriritse mu karere u rwanda ruherereyemo u rwanda gihugu kitabashije kwitabira imikino y’ igikombe afurika cy’ ibihugu can kiri kubera misiri
1sport
reg bbc yatsinze iprc kigali patriots bbc yikura imbere espoir bbc amafoto
umunsi shampiyona basketball wakiniwe kigali arena gatanu wasize amakipe abiri akomeye reg bbc patriots bbc yombi abonye intsinzi reg bbc ikomeje kuyobora shampiyona n’amanota yatsinze iprc kigali amanota - mukino kabiri reg yatsinze agace mbere manota - gihe gace kabiri yatsinzemo - nyuma kuruhuka harimo ikinyuranyo cy’amanota reg bbc yakomeje kurusha iprc kigali bbc itsinda n’agace gatatu manota - gihe aka nyuma katsinzwe iprc kigali manota - umukino urangira harimo ikinyuranyo cy’amanota - bereck bell reg bbc yatsinze amanota mukino gihe ndoli jean paul iprc- kigali bbc yatsinzemo uyu mukino wakurikiwe n’uwo patriots bbc yatsinzemo espoir bbc amanota - nyuma kuyobora uduce twose patriots bbc yatsinze agace mbere bigoranye manota - gihe aka kabiri karangiye - amakipe yombi ajya kuruhuka harimo ikinyuranyo cy’amanota atatu - espoir bbc yagowe n’agace gatatu igatsindwa kinyuranyo cy’amanota - gihe aka nyuma yagatsinzwe kinyuranyo cy’amanota abiri - umukino urangira ikinyuranyo cyose amanota - kubanatubane philippe espoir bbc yatsinze amanota menshi kurusha abandi gihe ndayisaba ndizeye dieudonn patriots yatsinze amanota gahunda y’imikino shampiyona y basketball mpera z’icyumweru ku gatanu tariki werurwe espoir bbc - patriots bbcreg bbc - rp- iprc kigali kuri gatandatu tariki werurwe h rp iprc musanze vs rusizi iprc musanzeh rp iprc huye vs shoot for the stars rp iprc huyeh ur huye vs tigers ur huyeku cyumweru tariki werurwe h ugb vs rusizi stade amahoroh ur huye vs rp iprc kigali ur huyeh patriots vs rp iprc musanze stade amahoroh plus vs apr stade amahoro
4entertainment
rolling stones baritegura kwizihiza isabukuru y’imyaka
the rolling stones bavuze baciye make kugira batange kado cadeau bakunzi bufaransa amatike yagurirwaga nzu icuruza ibihangano by’abaririmbyi yitwa the virgin megastore champs elysees abantu uruvunganzoka imbere y’iyo nzu rukerera nyuma y’aho the rolling stones bamaze kuvuga hari amatike atarenze kandi nayo yatangiye gucuruzwa saa sita zuzuye muri gitaramo abantu ntibemerewe kwinjirana telefone zigendenwa camera n’ibindi byose bishobora gufata amajwi nk’uko the rolling stones babitangaje rubuga rwabo twitter icyo gitaramo kigufi kirabera majyaruguru y’umugi paris sale yitwa trabendo ifite ubushobozi kwakira abantu usibye gitaramo kigufi kiza kubera bufaransa the rolling stones bafite n’ibindi bitaramo bine bibili bwongereza bibili i new york leta zunze ubumwe z’amerika ariko matariki aratangazwa ikizwi kugeza abakunzi batangiye kwidoga bavuga amatike kwinjira bitaramo ahenze cyane itike iragura amadolari myanya isanzwe n’amadolari myanya y’icyubahiro gasana marcellin
4entertainment
shaddy boo mushiki wanjye’ diamond platnumz wahagaze i kigali
kuri kanama nibwo umuhanzi w’icyamamare karere diamond platnumz yageze i kigali rwanda yaganiriye n’ abanyamakuru bakamubaza ibibazo bitandukanye birimo umubano shaddy boo n’ ibirebana muzika rusange kuri kanama nibwo umuhanzi w’icyamamare karere diamond platnumz yageze i kigali rwanda yaganiriye n’ abanyamakuru bakamubaza ibibazo bitandukanye birimo umubano shaddy boo n’ ibirebana muzika rusange diamond yavuze mbabazi chadia shaddy boo uzwi cyane rwanda byavuzwe hambere bakundana atari ahubwo mushiki diamond ubundi witwa nasibu abdul juma nzira ajya i bujumbura burundi afite igitaramo munsi kuwa gatanu biteganyijwe azataramira rwanda ejo gatandatu mu rugendo rwe yahagaze i kigali agirana ikiganiro n’abanyamakuru bamubajije ibibazo bitandukanye muzika akora buzima bwe busanzwe umwaka ushize umugore wamamaye mbuga nkoranyambaga rwanda uzwi cyane shaddy boo yagaragaje amafoto kumwe diamond abahanzi bitegurira back stage muhanzi atambaye umwambaro hejuru shaddy boo nyuma yahakanye akundana n’uyu muhanzi gihe ufite umugore uganda uzwi cyane myidagaduro witwa zarinah hassan zari nyuma bombi baje gutandukana i kigali munsi diamond yabajijwe iby’umubano shaddy boo rwanda yasubije ni mushiki wanjye kimwe n’abandi bashiki banjye rwanda namumenye biciye ’manager’ yigeze gutumirwa birori bimwe hariya iwacu muzi gusa uyu muhanzi ukunda kwiyita simba yavuze n’umugore bakundana ukomoka kenya witwa tanasha kwezi gutaha biteguye kubyara umwana w’umuhungu diamond ukunzwe cyane ndirimbo igezweho ’kanyaga’ yavuze yubahiriza inshingano ze nk’umubyeyi bana afitanye zari batandukanye
1sport
u rwanda rugiye kubaka stade nshya iruta stade amahoro
nk’uko twabitanagarijwe minsitiri ufite siporo nshingano ze protais mitali batekereje kwagura stade amahoro stade nini u rwanda rufite kugirango ibe nziza ijye rwego mpuzamahanga ariko basanga kuyagura byazatwara igihe kinini ndetse cyenda kungana n’icyo kubaka stade nshya twaganiriye n’inzobere bwubatsi stade batubwira kuvugurura stade amahoro hongerwa ubunini bwayo bigoye cyane buryo igihe n’amafaranga byatwara byenda kungana n’ibyagenda kubaka stade nshya twafashe icyemezo tuzubaka indi hanyuma stade amahoro ikavugururwa biringaniye cyane cyane mugice cyicarwamo n’abanyacyubahiro ikindi kandi kitatuma bavugurura stade amahoro rwego hejuru ibe nini cyanye kuyivugurura byatwara hagati y’imyaka ibiri n’igice n’itatu hagati u rwanda rukaba rwabura rwakirira imikino itandukanye yaba ikinwa gihe n’ubwo minisitiri mitali atatangaje itariki nyayo imirimo kubaka stade nshya izatangirira n’aho izubakwa biteganyijwe izatangira kubakwa gihe gito kuko u rwanda rugomba kuzakira imikino mpuzamahanga myinshi munsi imbere harimo n’igikombe afurika cy’ibihugu chan nk’uko byamaze kwemezwa n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru afurikacaf kugirango u rwanda rwemererwe kuzakira mikino burundu ruzaba rufite nibura stade nini ishobora kuba yakwakira abantu ibihumbi mirongo ine igomba gukinirwaho umukino ubanza n’usoza final ubu u rwanda rufite stade eshatu zishobora gukinirwaho imikino mpuzamahanga arizo stade amahoro stade umuganda yavuguruwe kugira ikinirweho imikino y’igikombe afurika cy’abatarengeje imyaka stade de kigali y’i nyamirambo hagati kandi harimo kuvugururwa stade huye ishyirwa twego mpuzamahanga minisiteri sport ikaba kandi inafite gahunda kuvugurura stade y’i muhanga rwego gutegura imikino mpuzamahanga gufasha amakipe kubona ibibuga byiza gukiniraho theoneste nisingizwe
2economy
abayobozi barishimira ibikorwa by’indashyikirwa by’urubyiruko rw’iwawa
nyuma gutemberezwa kigo cy’iwawa tariki bagasura ibikorwa bitandukanye bikorwa n’urubyiruko rwigirayo imyuga minisitiri w’umuco siporo mitali protais mugenzi w’urubyiruko nsengimana jean philbert bashimye uru rubyiruko kubera ibikorwa by’indashyikirwa rumaze kugeraho urubyiruko rwigira iwawa rukora ibikorwa bitandukanye birimo ububaji ubudozi ubworozi bw’inzuki ubuhinzi ndetse n’ubwubatsi bimwe bikorwa byamurikiwe abayobozi harimo badorera ubwubatsi ububaji n’ibindi bikorwa bitandukanye uru rubyiruko rukora uru rubyiruko rwikorera usanga habaho gufashanya hagati yarwo bisa nko kugabana imirimo bitewe n’icyo umuntu akora nicolas niyongabo umuyobozi w’iki kigo yabwiye abayobozi basuye kigo abize iby’ubudozi badodera bagenzi ababaji bakabaza ibitanda bagenzi bararaho ugasanga avugako igikorwa usanga gitanga umusaruro kuko mukozi bavana ahandi ubwo basuraga ahakorerwa ubudozi n’ububaji minisitiri bombi bashimye bikorwa ndetse bizeza igisigaye ukureba uburyo bakora byagezwa hanze hatari iwawa bigashakirwa isoko kuko bakora ibintu byiza birimo ibitanda intebe n’ameza ndetse n’imyenda mitali yagize bana bafite ubumenyi buhagije ahubwo igisigaye ukubashakira ibikoresho bigezweho n’isoko ubuhanga nabwo nonese ababa hanze bakorera ahandi wagize hari babarusha mitali mugenzi nsengimana basabye uru rubyiruko gukomeza kugira umwete kumenya kuko bizabagirira akamaro ejo hazaza ibikorwa uru rubyiruko rumaze gukora mwaka bifite agaciro miliyoni zisaga z’amafaranga y’u rwanda ikibazo cyagaragajwe n’umuyobozi w’iki kigo abubatsi batabasha kubona ubutaka kubakisha kuko ububa kirwa iwawa ntago bushobora kubakishwa kuko bubi umuyobozi w’akarere rutsiro byukusenge gaspard yijeje kigo bagiye kureba ahari ubutaka bwiza muy indi mirenge kugirango babubagezeho byukusenge yasabye hakwiye gushakwa ubundi bwato kuko ubukora imirimo kugemurira bana ibintu bitandukanye budahagije kandi bushaje abaminisitiri babijeje ubuvugizi kigo vdaste nkikabahizi
0politics
rura yatanze impuruza kompanyi zitwara abagenzi rwego kwirinda coronavirus
urwego ngenzuramikorere rura rurasaba abatwara imodoka zitwara abagenzi kurushaho kuzigirira isuku gutera umuti wabugenewe sanitizer cyane cyane byuma abagenzi bafataho modoka guha abagenzi batagera gare umuti bifashisha bisukura ibiganza mbere kwinjira modoka mu itangazo ur rwego rwashyize ahagaragara rwashimangiye kutubahiriza ayamabwiriza bibangamiye gahunda leta gukumira icyorezo coronavirus kandi bihanirwa
3health
tanasha donna yakoze indirimbo nshya nyuma gutandukana diamond arashaka bahangana muzikavideo
tanasha donna umgugore mugihugu kenya wamamaye yakundanaga n’umuhanzi diamond platnumz tanzania yashyize hanze indirimbo nshya nyuma yuko atandukanye n’uyu mugabo tanasha yashyize hanze indirimbo yise sawa
4entertainment
uko umuhanzi koshens yatunguwe n’uburyo yasanze igihugu cy’u rwanda
konshens umuhanzi w’icyamamare isi yaje i kigali kuhakorera igitaramo cyinjiza abanyarwanda mwaka ku ivuko jamaica bihugu bitabarika yazengurutsemo aririmba konshens yasomaga inkuru zivuga uburyo rwanda muriro utazima’ igihugu gituwe n’abaturage bakenyereye gahinda k’ibibazo by’urudaca yageze rwanda atungurwa kubona ibihabanye n’ibyo yumvise itangazamakuru ryo mahanga garfield delano spence konshens yakandagiye butaka bw’u rwanda nshuro mbere ijoro ryo kuwa ukuboza nyuma gukora urugendo rureshya n’ibirometero gihe cy’amasaha n’iminota kirere uyu muhanzi n’abari bamuherekeje bakiva ndege bakirijwe yombi basohotse kibuga cy’indege kanombe batangira guhumeka umwuka uvanze n’ubuhehere bamenyereye iwabo amerika y’amajyepfo mu kiganiro konshens yavuze mbere kuza rwanda asanzwe azi gihugu ndetse yabonaga menshi makuru avuga inkuru ziganjemo ibibi gusa bivuga uburyo i kigali hahora ibibazo’ ibibi yumvaga rwanda ntibyigeze bimuca intege kwemera ubutumire bw’i kigali ndetse yaje ashaka kureba koko gihugu kibayeho nk’uko kivugwa gusa akihagera yatunguwe kubona ibitandukanye n’ibyo azi yagize aka akazi kanjye umuziki untunze ntabwo nabyitayeho nari nzi u rwanda nakoreye ibitaramo kenya uganda itangazamakuru ryavugaga ibintu bibi ariko ntabwo byanciye intege ibyo nabonye byizakonshens yanavuze azi amateka ababaje u rwanda rwanyuzemo ariko akurikije igihe gishize yasanze gihugu kiri kwiyubaka buryo bwihuse yavuze azasubira iwabo akavuga ukuri kw’ibyo yabonye bitandukanye n’ibikwirakwizwa itangazamakuru buryo bunnyega u rwanda konshens wamamaye ndirimbo njyana dancehall ’simple song’ gal a bubble n’izindi yunze ry’ibyimamamare byaje rwanda bigasubira iwabo bivuga abanyarwandakazi beza mbere kuza kuririmbira i kigali bitaramo yakoraga yahuraga n’abakobwa rwanda akabona beza yahamije abanyarwandakazi baza isonga bwiza mugabane afurika usibye konshens hari abandi bahanzi jamaica baje kuririmbira i kigali harimo shaggy beenie man brick lace sean paul n’abandi kuwa gatanu tariki mutarama azaririmbira i remera stade amahoro azaba afatanyije king james urban boyz bruce melody n’abandi yanditswe ubwanditsimuhaburarw
3health
tanzaniapolisi yataye yombi abapfumu bagera
polisi tanzania yataye yombi abapfumu bashinzwa ubwicanyi bw’agahomamunwa bwatewe migenzo yacyera yakorewe abana burengerazuba bw’icyo gihugu ibyo bibaye nyuma y’uko hishwe abana bagera ntara njombe simiyu mpera z’ukwezi mutarama mwaka umukuru w’igipolisi tanzania simon sirro avuga abapfumu bava ntara simiyu ndetse bava ntara njombe maboko polisi barimo kubazwa bwicanyi bwakorewe ingimbi majyepfo tanzania igipolisi kivuga kiri gukurikirana cyane cyane abaganga bakoresha imiti gakondo batiyandikishije avugana n’abanyamakuru simon sirro yagize ubu bwicanyi bwavuye bintu byinshi ariko ikintu kinini bazize imigenzo gipfumu bakoreye abananicyo cyatumye ntegeka ariwe wese avura akoresheje imiti gakondo yaba uwanditswe cyangwa uwutanditse bagomba gukorwaho ipererezauwo tuzasanga ahamwa n’icyaha azakurikiranwa n’ubutabera akomeza agira atiariko nyuma y’ibyo twategetse abayoboye abandi kwandika bushyashya abaganga b’imiti gakondo tugasaba n’izindi nzego nk’abanyepolitike n’abayobozi b’amadini gufasha gikorwa mu ntangiriro z’uyu mwaka nibwo habonetse amakuru yavugaga hari abana ntara njombe simiyu bishwe banacibwa n’ibice by’umubiri imigenzo gipfumu irakomeye bice bimwe tanzania hari abemera hari bimwe bice by’umubiri bishobora kubazanira ubukire ba nyamwema bamwe abantu bashakishwa cyane n’abagizi nabi babica cyangwa bakabaca ibikonjo ndetse n’ibindi bice by’umubiri yanditswe habarurema djamali
2economy
banze kureka gucuruza agataro kuko kabatunze
abo bacuruzi boherejwe isko nyabisindu ariko banze kurijyamo kuko bakiriya bahaba umwe bacuruzi witwa uwimana jeanne avuga yaranguye kugirango yunguke atunge umuryango yagize aho kwicwa n’inzara nzicwa n’inkoni yakomeje avuga atareka gucuruza agataro kuko ariko kamutunze kuri asanga ubuyobozi bubarenganya kuko bacururiza hanze bagurirwa bikaba bigaragaza abacururiza isoko nabo bahora basaba bantu bakurwa hanze yaryo batabasha guhaza isoko ubuyobozi bw’umurenge nyamabuye buvuga butazihanganira akajagari nk’ako mujyi ariko bakaba barimo kwiga neza byakorwa muturage uhutajwe iyo utembereya mujyi muhanga ugenda uhura n’abantu bikoreye ibicuruzwa by’ubwoko butandukanye ibiribwa n’imyenda bagenda bagurisha baturage batuye duce twa gahogo kibirigi ruvumera n’ahandi ku basanzwe batuye mujyi ubwa mbere byadutse bikaba bituruka kubuzwa gucururiza hanze y’isoko muhanga ahubwo bacuruzi bakoherezwa isoko riri ahitwa i nyabisindu aho bacuruzi bagaragara muhanda uva kaburimbo ujya isoko winjiriye nyubako yitwa lumina muhanda wamabuye imbere bdc muhanga muhanda ugana radio huguka usanga bacuruzi batanditse ibicuruzwa byabo nako bafite ababacungira local defences ziza biruke ernest kalinganire
6technology
uburyo bushya kwerekana amashusho disney plus netflix bushobora gohombya televiziyo nyinshi
ibi bigo sibyo byonyine kuko hari n’ibindi biteganya gutangira buryo bushya kwerekana amashusho harimo hbo max peacock uku kuvuka umusubirizo kw’ibigo byerekana amashusho binyuze internet gukomeje guhangayikisha abatari bake kuko bitera kugabanuka kw’imibare y’abakoresha televiziyo kuko ubushakashatsi bwakozwe n’ikinyamakuru bralin buvuga hagati y’umwaka abakoreshaga televiziyo bagabanutseho kandi bagenda barushaho kugabanuka imyaka iza umuyobozi netflix reed hastings yabwiye business insider ikoreshwa televiziyo rishobora kutazarenza bimwe bishingirwaho n’abasesenguzi bavuga buryo bushya kwerekana amashusho binyuze internet bushobora kuzahombya amateleviziyo harimo kuba ibiciro biri hasi ugereranyije n’ifatabuguzi ry’amateleviziyo kuko apple tv plus ifatabuguzi ry’ukwezi irya hbo max rikaba ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cyabanyamerika surveymonkey hagamijwe kureba ikoreshwa televiziyo rihaze ugereranyije kureba video internet bwerekanye bantu bakoreweho ubushakashatsi bavuze bagikoresha uburyo kureba televiziyo abari hejuru y’imyaka gihe abakoresha uburyo bwombi biganjemo urubyiruko imyaka - bavuze bakoresha uburyo internet gusa igiteye impungege bushakashatsi ndetse kikarushaho gushyira kaga ikoreshwa televiziyo abagera bavuze uburyo kureba amashusho hifashishijwe internet buhendutse ndetse by’abakoresha televiziyo bakavuga bateganya kubireka nabo bagatangira gukoresha uburyo kureba amashusho hifashishijwe internet ibiciro biri hasi kuba umuntu yakwihitiramo ashaka kureba yaba hose kutavangirwa n’amashusho yamamaza ndetse n’ubushobozi gusubiza inyuma cyangwa guhagarika gato amashusho nibyo bikomeje gutera abatari bake kuyoboka buryo bushya kureba filimi n’ibiganiro bitandukanye imibare yashyizwe hanze netflix yerekana yonyine imaze kugira abayikurikira miliyoni isi hose
1sport
ku busabe fifa ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru rwandaferwafa ryimuye amatora
nkuko bigaragara rubuga rw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru rwanda ferwafa shyirahamwe ryamaze gusubika amatora y’umuyobozi mukuru waryo ateganijwe cyumweru tariki nzeli ni nyuma yaho gatanu ushize fifa yandikiye ferwafa iyisaba gusubika matora ikabanza ikayakoraho iperereza kubera urusobe rw’ibibazo byakomeje kuyavugwamo mbere y’uko abaiyi ibaruwa umunyamabanga mukuru ferwafa yandikiye mugenzi fifa amumenyesha bemeye gusuika amatora ifotoruhagoyacucom umuyobozi mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru rwanda nzamwita vincent degaulle aganira n’urubuga ferwafa yagize naganiriye n’umunyamabanga mukuru fifa madame fatma samoura kibazo ndetse yatugiriye inama y’icyo dukwiye gukora kugirango tutanyuranya n’amategeko status fifa fifa yemeye kutwoherereza itsinda ry’impuguke rigomba kudufasha gushyira bikorwa amategeko agenga status fifa hanyuma hazaba inama idasanzwe y’inteko rusange kubagaragariza biteye mbere y’uko hahamagazwa inama y’inteko rusange y’amatora nyirizinankuko nkuru rubuga ferwafa ikomeza ibivuga inama y’inteko rusange iteganijwe cyumweru tariki nzeli ntabwo yigeze isubikwa gusa hazigwa zindi ngingo zari ziteganijwe ibijyanye n’amatora byamaze gusubikwa tubibutse fifa yafashe icyemezo gusaba ferwafa gusubika matora nyuma yaho bamwe banyamuryango b’iri shyirahamwe ry’umupira w’amaguru rwanda bandikiye fifa bayigaragariza impungenge bafite z’ibyo bagaragaza nk’amanyanga arimo akorwa ahanini n’uruhande perezida vincent degaulle usanzwe uyobora shyirahamwe n’abamushyigikiye
4entertainment
hasohotse indirimbo nyakwigendera kizito mihigo ivuga mbabazi n’ubwiyunge’
mu gihe hagiye gushira amezi abiri umuhanzi kizito mihigo yitabye imana mata hasohotse indirimbo avuga yamagana abapfobya imbabazi n’ubwiyunge mu gihe hagiye gushira amezi abiri umuhanzi kizito mihigo yitabye imana mata hasohotse indirimbo avuga yamagana abapfobya imbabazi n’ubwiyunge tariki gashyantare nibwo mitima y’abakunzi b’umuhanzi kizito mihigo n’abakunzi b’ibihangano bye hatashye inkuru mbi muhanzi yiyahuriye kasho i remera arapfa mu buzima bwe yaranzwe gutanga ubutumwa bwibanda bumwe n’ubwiyunge by’abanyarwanda nayo ndirimbo yasohotse nyuma y’urupfu ubu butumwa yabutangiraga ndirimbo biganiro umuryango kizito mihigo pour la paix watangaga mu ndirimbo nshya yise ’namaganye abantemera amababi’ avuga minsi ishize yamaganaga abapfobya jenoside yakorewe abatutsi ariko munsi aramagana abapfobya imbabazi n’ubwiyunge bagamije inyungu zabo mu ndirimbo nshya kizito agira nta muntu wasabira imbabazi kandi muntu wazitangira urugendo rw’umuntu n’imana nyiri impuhwe n’imbabazi mu ndirimbo kizito aterura aririmba yamagana abapfobya imbabazi z’imana bagamije inyungu zabo avuga gihe gishize yaririmbye yamagana abatoba amateka ababikora batema imizi y’igiti ati uyu munsi ndabona ngiye kwamagana abantemera amababi
11environment
abashakashatsi kaminuza birmingham bagiye gufasha abanyarwanda kwirinda umwotsi uterwa n’inkwi
ubu bushakashatsi buribanda cyane kureba ingaruka z’ubuzima ababyeyi n’abana bahura kubera gucana ibintu bibyara imyotsi ihumanya ikirere bugamije kandi gushaka uburyo bushya guhangana n’umwuka uhumanya ikirere gukusanya impamvu zibitera ingaruka n’urwego biriho mijyi afurika dr kabera telesphore kaminuza y’u rwanda ishami ry’ubumenyi n’ikoranabuhanga cst afatanyije dr suzanne bartington kaminuza brimingham barimo gukora ubushakashatsi buzamara imyaka ibiri bukazakusanya imibare gipimo imyotsi gikoni yanduza n’impamvu imiryango y’abanyarwanda batekesha inkwi iyi gahunda inagamije gushaka inkunga gukora uburyo bushya bw’amashyiga azagabanya imyotsi ihumanya ikirere guhindura imyumvire y’abaturage binyuze bukangurambaga kubigisha gutekesha gazi n’ibindi bitari inkwi dr bartington avuga gutekesha amakara ibisanzwe rwanda ariko hari amakuru make mibare y’ingo ziyakoresha n’ingaruka bigira bana n’ababyeyi yagize atiamakara kimwe gutekesha bibi kubera ibigize umwotsi uyakomokaho turagerageza gusuzuma ubukana bw’ikibazo n’imyumvire ishingiye muco bijyanye guteka akomeza avuga abagore benshi bamara amasaha menshi kumwe n’abana bikoni bidafite ahinjirira umwuka akaba mpamvu barimo gushaka igisubizo yagize turashaka gukora amashyiga meza akorewe gihugu bikagendana kwigisha kandi bizagabanya abagerwagaho n’imyotsi batetse ibi biri murongo w’igihugu cy’u rwanda kirimo kwihuta iterambere impinduka mibereho y’abaturage n’iterambere ry’imijyi dr bartington minsi ishize yaje rwanda gutangiza mushinga w’ubushakashatsi azafatanya ur-cst afite umugambi guteza imbere ubushakashatsi bw’imbere gihugu kubaka ubushobozi bw’abanyeshuri biga ibijyanye n’ibidukikije
3health
mu rwanda hagiye kubakwa ikigo gikomeye kivura indwara z’umutima
leta y’u rwanda ifatanyije n’umuganga rurangiranwa w’umwongereza kuvura indwara z’umutima prof sir magdi habib yacoub bagiye kubaka ikigo kivura ndwara bitaro gisirikare by’ u rwanda i kanombe leta y’u rwanda ifatanyije n’umuganga rurangiranwa w’umwongereza kuvura indwara z’umutima prof sir magdi habib yacoub bagiye kubaka ikigo kivura ndwara bitaro gisirikare by’ u rwanda i kanombe kuri gatandatu tariki kamena nibwo prof sir magdi habib yacoub n’itsinda bazanye rwanda batemberejwe ahazubakwa ikigo kivura indwara z’umutima bitaro gisirikare i kanombe barahashima nyuma gusura ahazubakwa kigo prof sir magdi habib yacoub yagiranye ikiganiro minisitiri w’ubuzima dr diane gashumba umuyobozi w’ ikigo cy’ igihugu cyita buzima dr jeanine condo abaganga banyuranye bavura indwara z’umutima rwanda impande zombi zishimangira u rwanda by’umwihariko minisiteri y’ubuzima izungukira byinshi bufatanye prof sir magdi habib yacoub yabanje gutemberezwa ahazubakwa ikigo kivurirwamo indwara z’umutima prof sir magdi habib yacoub yavuze yishimiye kugirana ubufatanye leta y’u rwanda by’umwihariko mushinga kubaka ikigo kizajya kivura abarwaye umutima dore inzobere buvuzi yagize ni iby’igiciro kinini njye kuba ndi hano tuganira bufatanye kuvura kwita barwaye indwara z’umutima ubu bufatanye buzagirira akamaro kanini by’umwihariko abafite uburwayi bw’umutima twabonye ubutaka kuzubakiaho kigo kdi mushinga urashyirwa bikorwa gihe vuba rwose usibye kuzajya tuvura abarwayi kigo kizafasha gukora ubushakashatsi ndwara ndetse gutanga amahugurwa baganga bayivura dr ntaganda evariste umuyobozi w’ishami ry’indwara zitandura rbc yavuze bushakashatsi bumaze gukorwa bwagaragaje abasaga ibihumbi rwanda barwaye indwara z’umutima yakomeje avuga ndwara zitandura iz’umutima arizo zihangayikishije cyane kandi akaba nazo nyinshi ndetse zikaba zinagoranye ugereranyije n’izindi yavuze indwara z’umutima usanga ahanini abazirwara bakenera serivisi kubagwa ariko ugasanga gihugu bushobozi buhari kubaga abarwaye ndwara ashimangira kigo nikimara kugera rwanda kizakemura byinshi birimo kuramira ubuzima bw’abanyarwanda ndetse n’ibindi birimo n’amafaranga agenda u rwanda rubasha koherezwa kujya kubagirwa hanze yagize hari indwara zigera bitaro bikuru bagasanga kindi cyakorwa uretse kubagwa kandi serivisi idahari iki kigo nikiza bizaba bibaye igisubizo bamwe baganga bavura indwara z’umutima bitabiriye gikorwa bagaragaje iby’igiciro kinini kuba kigo kigiye kubakwa rwanda bagaragaza bigiye kuborohereza kazi kabo cyane nabo bibaremerera cyane basuzumye umurwayi bakamusangamo uburwayi badafitiye ubushobozi kuvura bamwe baganga bavura indwara z’umutima bagaragaje mushinga nushyirwa bikorwa uzagirira inyungu abanyarwanda rusange minisitiri w’ ubuzima dr diane gashumba yavuze bufatanye bw’u rwanda prof sir yacoub kubaka ikigo kivura indwara z’umutima bizagirira inyungu igihugu cy’u rwanda yagize u rwanda rubifitemo inyungu nini cyane kuko nitugira abaganga benshi babasha kuvura ndwara bizafasha abaturage batabashaga kugera buvuzi navuga buhambaye tuzagabanya imfu ziterwa n’indwara z’umutima ariko none tuzagabanya ingengo y’imari yagendaga hanze ijya kubavuza yavuze kigo nikimara gutangira gukora kitazajya kivurirwamo gusa ahubwo kizanafasha gukorerwamo ubushakashatsi ndetse kwigisha abaganga kuvura indwara z’umutima minisitiri gashumba yaboneyeho gusaba abanyarwanda kwirinda indwara z’umutima bakora siporo bareka kunywa itabi n’inzoga nyinshi n’ibiryo birimo amavuta menshi kuko ahanini ntandaro y’indwara z’umutima uretse ubufatanye kubaka kigo prof sir magdi habib yacoub yemereye leta y’u rwanda azafata abaganga bakajya kwiga bigo afite bihugu bitandukanye nko bwongereza egypt n’ahandi gihe kitarenze amezi abiri akabohereza kwiga kuvura indwara z’umutima yanemereye ubufasha u rwanda gutangira kuvurira abanyarwanda barwaye ndwara bigo bye bitandukanye gihe kigo kigiye kubakwa rwanda kizaba kitaruzura mu rwanda hari abaganga gusa bazobereye kuvura indwara z’umutima batatu bakaba baramaze guhabwa ikiruhuko cy’izabukuru n’ubwo bajya bifashishwa kubera ikibazo cy’ubuke bwabo kandi abarwaye ndwara bakeneye ubufasha benshi cyane biteganyijwe kigo kizaba gitangiye kubakwa umwaka utaha hatagize igihinduka prof sir magdi habib yacoub yavuze kubaka kigo bizatangira umwaka utaha banasuye ahubatswe ikigo kizajya kivurirwamo abarwayi kanseri kiri bitaro gisirikare i kanombe
0politics
amerika yifatanyije n’abanyarwanda kwibuka jenoside yakorewe abatutsi
itangazo ryashyizwe ahagaragara minisiteri y’ububanyi n’amahanga leta zunze ubumwe z’amerika tariki rigira riti twifatanyije n’abanyarwanda rusange n’abacitse icumu by’umwihariko ndetse n’abasizwe iheruheru jenoside yakorewe abatutsi rwanda bihe by’umubabaro batewe kubura ababo mu rwego kwifatanya n’abanyarwanda gusubiza icyubahiro abazize jenoside yakorewe abatutsi leta zunze ubumwe z’amerika ziratangaza zizakomeza gukorana neza n’u rwanda guteza imbere abanyarwanda baharanira ubwisanzure n’uburenganzira bw’abanyagihugu buramba ubutabera bugahabwa intebe buryo amahanga azabibona kandi akabyishimira nubwo abanyarwanda banyuze bihe bitoroshye leta zunze ubumwe z’amerika zinezezwa cyane n’uburyo abanyarwanda bakomeje kurangwa n’ubutwari bakivana bihe banyuzemo bagakura amaboko mifuka bagakora kandi bakaba bamaze kwiteza imbere nk’uko umuvugizi minisiteri y’ububanyi n’amahanga leta zunze ubumwe z’amerika yabivuze uwo muvugizi yongeyeho leta zunze ubumwe z’amelika zigira byinshi banyarwanda cyane cyane uburyo baharaniye kwivana bihe bikomeye nk’ibyo guharanira amahoro n’imbere heza ndetse n’imibereho myiza y’abana b’igihugu yuma gusohoka jenoside u rwanda rumaze gutera intambwe igaragara nzego zose haba buzima burezi buhinzi rwego kuzamura iterambere ry’igihugu n’imiyoborere myiza ibyo bigaragara buryo u rwanda ruhagaze neza mahoro n’umutekano kugeza n’aho abanyarwanda bageze rwego kubungabunga amahoro bindi bihugu kandi n’ubukungu bwarwo bukaba buhagaze neza nk’uko iryo tangazo rikomeza ribivuga muri iryo tangazo kandi leta zunze ubumwe z’amerika zivuga zishimira iterambere u rwanda rumaze kugeraho kandi n’imikoranire hagati y’ibihugu byombi igenda neza buryo bazakomeza gushyiramo imbaraga kwagura ibikorwa anne marie niwemwiza
3health
ibikorwa ushobora gukora gitondo bigatuma ugira ubuzima bwiza
mu buzima hari udukorwa umuntu asuzugura nyamara ugasanga uduhaye agaciro agize ubuzima bwiza kurenza abandi batabyitahomu gihe waba wifuza guhora ufite imbaraga mubiri mavunane ndetse ufite n’isura nziza wakwita bikorwa bikurikira kunywa amazi ukibyuka ni byiza kunywa amazi gikombe kinini ukibyuka mbere kugira ikindi kintu ushyira kanwa ibi bituma wongera amazi mubiri cyane uba umaze ijoro ryose umubiri ukoresha amazi wanyweye utararyama ikindi amazi mugitondo atuma umuntu agira ubushake kurya gukaraba amazi y’akazuyazi gukaraba amazi y’akazuyazi bigufasha kunanura imitsi y’umubiri ibi bigatuma amaraso atembera neza mubiri ibi kandi bituma ubushyuhe bw’umubiri bwiyongera bigatuma umunsi wose wirirwa umeze neza kwisiga neza nyuma bwiyuhagiriro ugomba gufata amavuta ukisiga winogereza ibi bituma maso hawe hamera neza umunsi wose gufata ifunguro mugitondo gufata ifunguro mugitondo byiza kuko bituma wirirwa ufite imbaraga bityo ukabasha gukora akazi kawe neza kunywa icyayi icyayi mukaru gikungahaye cyane bintu bigabanya oxygene mubiri w’umuntu antioxydants ibi bituma myuka mibi irimo co isohoka gukora imyitozo ngororamubiriimyitozo ngororamubiri ikozwe gitondo nko kugenda n’amaguru kwirukanka n’ibindi wakora bituma ugabanya umunaniro uba uramukanye ibi bituma wirirwa umeze neza kwitera imibavu burya umuntu uhumura neza uba wumva afite ubuzima bwuzuye ndetse n’abantu unyuzeho bumva uhumura neza bityo bakabona umuntu ufite ubuzima bwiza ni mpamvu kwitera imibavu byiza buzima bw’umuntu cyakora ugomba kwirinda kurenza urugero gutungurana gutungura cyangwa gukorera udushya mubana cyangwa abana bawe ubakorera utuntu duto duto rimwe rimwe igihe batari babyiteguye bitera ibyishimo akensi byishimo biboneka nk’iyo urimo gusoma ubutumwa message bakoherereje bagushimira cyangwa kubikwibwirira ubwabo gusetsa abantu iyo ufite akamenyero gusetsa abantu gitondo bigufasha kubyuka useka gusa biba byiza usetsa umuntu ubiha agaciro agaseka akanakwereka wamubwiye koko byamusekeje uwo muntu ahora akwibuka ndetse akagumana isura nziza twa tuntu dusekeje ukunda kumubwira guseka guseka byiza buzima bw’umuntu ni byiza kubyuka ukaba wajya bavuga utuntu dusekeje cyangwa ukaba wavuga utuntu dusetsa abandi kuko basetse urasekaibi bishobora gufasha umuntu kwirirwa ameze neza gusa ugomba kubikora gitondo ukabona kwirirwa ufite ubuzima bwiza bityo gahunda zawe z’umunsi ukabasha kuzikora neza ukeye by akayezu snappy
0politics
rdc adf yagabye ikindi gitero cyatwaye ubuzima bwabasaga
mu ijoro ryo kamena inyeshyamba adf zagabye igitero mugi beni ntara kivu y’amajyaruguru abasaga barimo n’umusirikare wayo bahasiga ubuzima amakuru aturuka gihugu avuga karere butanuka humvikanye amasasu ijoro ryose ingabo z’igihugu fardc zamenye abaturage batewe zirahagoboka meya w’aka karere shaban muvingi yavuze amasasu yatangiye kumvikana saa tatu z’ijoro inyeshyamba adf zatangiye kwinjira nzu z’abaturage n’iz’ubucuruzi ingabo z’igihugu zari musozi zaje zihangana abantu bishwe tugari dutatu tatango kimbia kalongo hari inyeshyamba rdf yishwe yihishe intwaro ifite yajyanywe kigo kimbia muri gitondo ingabo fardc zagumye aka gace zirindira umutekano baturage mu cyumweru gishize gace ngite ingabo fardc zarashe inyeshyamba adf zisaga zeretswe abaturage mugi beni iki igitero kabiri adf gitwaye ubuzima bw’abantu benshi icya mbere icyabaye beni cyatwaye ubuzima bw’antu adf allied democratic forces umutwe w’iterabwoba washingiwe burengerazuba uganda wabayeho waguriye ibirindiro byawo repubulika demukarasi congo myaka ntara kivu y’amajyaruguru ihana imbibi uganda
1sport
kwibuka uburyo umupira w’amaguru wakoreshejwe mugambi jenoside
umupira w’amaguru cyangwa siporo rusange inzira kubanisha abantu kubunga ibi bigaragara ikipe runaka itsinze igitego abakunzi bayo bakishimira hamwe bagahora biyumva nk’abavandimwe ibi ariko si byagenze abatutsi barenga miriyoni bicagwa jenosidemuri harimo abari abakinnyi bishwe bagenzi abari abafana b’amakipe bishe bagenzi buvandimwe bw’abahuje ikipe bwabuzeiyo usubiye inyuma mateka ubona gutegura jenoside leta iriho gihe yabonye abanyarwanda bakundaga cyane umupira w’amaguru ibona ahantu heza ho kunyuza amatwara n’imigambi gutegura jenosidemuri nkuru turifashisha igitabo football politique et violence milicienne au rwanda histoire d’un sport sous influences - ugenekereje kinyarwanda umupira w’amaguru politike n’ubwicanyi amateka siporo yakoreshejwe hagati y’umwaka cyanditswe dr hlne dumas umushakashatsi w’ikigo cy’abafaransa cy’amateka crh centre de recherche historiques mu myaka umupira ukunzwe kandi wigengaumwanditsi w’iki gitabo atangira agaragaza umupira wazanywe rwanda n’abakoloni utangira gukundwa guhuzwa n’indangagaciro z’abanyarwandagukundwa k’umupira w’amaguru gukura kwawo uba uw’umwuga byabayeho cyane n’i nyuma kuzura sitade amahoro mikino isigaye ikinwa matara ijorobyanazamuwe kandi n’amasezerano kwakira hagati y’ikigo k’itangazamakuru orinfor n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru rwanda ferwafa kogeza imikino shampiyona inyumvankumwe radiyo rwanda bigo byombi bikajya bigabana amafaranga yinjiye sitade ibintu byongereye umubare w’abafana baza kibugamuri mata ferwafa yabonye ubuzima gatozi icuka minisiteri y’urubyiruko itangira kwigenga buryo bw’amikoro inongera amarushanwa nko hari amakipe arindwi shampiyona yiganjemo perefegiturambere y’iyi myaka abakinnyi basanzwe bakoresha amafaranga leta modoka abakinnyi bagahabwa akazi leta nk’uburyo kwinjizaabayobozi b’interahamwe batangira kuyobora amakipe ukuyemo rayon sports yabananiyenyuma kubona umupira ukunzwe cyane abayobozi b’ishyaka mrnd binjiye buyobozi bw’aya makipe joseph kanyabashi uvugwaho kuyobora jenoside i butare umuyobozi mukura ferdinand nahimana ufatwa nk’umwe hejuru bateguye jenoside umuyobozi etincelles fc y’i gisenyi joseph karera ayobora kiyovumuri werurwe georges rutaganda visi perezida kabiri w’interahamwe rwanda yashatse gufata ngufu ubuyobozi rayon sports ikunzwe n’abatari bake birananirana nk’uko yanabyemereye urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u rwanda rwari arusha tanzania tpiruyu mugabo yagerageje kwiba amajwi biranga helene dumas wanditse gitabo agendeye buhamya yahawe yemeza benshi bakunzi rayon sports banze kuyoborwa n’umuntu witwaje umunyapolitiki gusahelene agaragaza bayobozi bashatse gukoresha abafana b’umupira biganjemo urubyiruko kubacengezamo amatwara jenosideati bashakaga gukora umutwe w’abarwanyi babakuye bakunzi b’umupira cyane cyane rubyiruko iyi mpamvu franois karera wayoboye kiyovu yashingwa kugeza yaje kuba burugumesitiri komini nyarugenge anakuriye interahamwerayon sports yasohokeraga u rwanda nk’ikipe y’abanyarwanda yagaruka ikaba iy’abatutsiumwanditsi w’iki gitabo anerekana by’umwihariko uburyo ikipe rayon sports yashinzwe n’abacuruzi bakomeye b’i nyanza ahahoze i bwami yakunze guhura n’itotezwa ifatwa nk’iy’abatutsi ariko yazana insinzi mikino y’afurika igashimwa helene dumas agaragaza kuba rayon sports ikize byanatumaga igira abakinnyi n’abatoza barimo n’abanyamahangamuri uku gutotezwa nk’uko umwanditsi abivuga mpera mutarama rayon sports igiye kugera kibuga k’indege i kanombe igiye kwerekeza i addis abebba ethiopia yaje guhagarikwa n’interahamwe zishaka kuyisagarira umwe arazibuza azitegeka kuyirekura kuko igiye butumwa bw’igihuguandi magambo y’urwango agaragazwa n’uwiyitaga cyangwa binashoboka koko umukunzi wayo witwa habimana kantano wamenyekanye radiyo rutwitsi rtlm wavuze kimwe bimubabaza kipe yakundwaga n’inkotanyirayon sports yanongeye guhura n’akaga yakinaga etincelles fc gisenyi iterwa amabuye asanga ibitutsi bakinnyi bayohelene dumas aragira rayon sports yafatwaga nk’iy’abatutsi byaberaga mikino y’imbere gihugu ariko yakwitwara neza hanze igahinduka iy’abanyarwanda ibyabereye gisenyi byerekana uburyo umupira utangiye gufata isura y’indorerwamo y’amoko ibitotezo rayon sports byabaye nk’ibigabanyuka gasangwa clestin alias tigana yatsindaga igitego mikino rayon sports imaze gutsindamo al hilal - tariki werurwe mikino y’afurika icyo gihe rtlm n’ikinyamakuru kitavugaga rumwe leta kanguka byahurije bumwe n’ibyishimo abanyarwanda bahawe rayon sportsku rundi ruhande umugambi jenoside n’icyari gitegereje abatutsi kwezi kumwe imbere kinagaragara magambo yavuzwe kantano rtlm wongeyeho hari amashimwe atatu akwiriye guhabwa abakinnyi rayon sports ayo kantano yavugaga abagore bigaragaza uburyo abagore b’abatutsi bafashwe ngufu jenoside nk’uko helene abivuga hari kandi inka zatemaguwe jenoside n’inzoga nk’ikimenyetso kumena amarasoiyo abakunzi b’umupira bumva agaciro k’uyu mukinomu kwanzura nyandiko helene agaragaza abakunzi b’umupira barumvishe agaciro k’ibyabahuzaga n’indangagaciro siporo batari kwemera kwica bagenzi nubwo hari bamwe gushimira barokoye bamwe bakinnyi n’abafana mpamvu z’ibyishimo basangiraga umupira w’amaguru cyangwa siporo rusange inzira kubanisha abantu kubunga ibi bigaragara ikipe runaka itsinze igitego abakunzi bayo bakishimira hamwe bagahora biyumva nk’abavandimwe ibi ariko si byagenze abatutsi barenga miriyoni bicagwa jenoside muri harimo abari abakinnyi bishwe bagenzi abari abafana b’amakipe bishe bagenzi buvandimwe bw’abahuje ikipe bwabuze iyo usubiye inyuma mateka ubona gutegura jenoside leta iriho gihe yabonye abanyarwanda bakundaga cyane umupira w’amaguru ibona ahantu heza ho kunyuza amatwara n’imigambi gutegura jenoside muri nkuru turifashisha igitabo football politique et violence milicienne au rwanda histoire d’un sport sous influences - ugenekereje kinyarwanda umupira w’amaguru politike n’ubwicanyi amateka siporo yakoreshejwe hagati y’umwaka cyanditswe dr hlne dumas umushakashatsi w’ikigo cy’abafaransa cy’amateka crh centre de recherche historiques mu myaka umupira ukunzwe kandi wigenga umwanditsi w’iki gitabo atangira agaragaza umupira wazanywe rwanda n’abakoloni utangira gukundwa guhuzwa n’indangagaciro z’abanyarwanda gukundwa k’umupira w’amaguru gukura kwawo uba uw’umwuga byabayeho cyane n’i nyuma kuzura sitade amahoro mikino isigaye ikinwa matara ijoro byanazamuwe kandi n’amasezerano kwakira hagati y’ikigo k’itangazamakuru orinfor n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru rwanda ferwafa kogeza imikino shampiyona inyumvankumwe radiyo rwanda bigo byombi bikajya bigabana amafaranga yinjiye sitade ibintu byongereye umubare w’abafana baza kibuga muri mata ferwafa yabonye ubuzima gatozi icuka minisiteri y’urubyiruko itangira kwigenga buryo bw’amikoro inongera amarushanwa nko hari amakipe arindwi shampiyona yiganjemo perefegitura mbere y’iyi myaka abakinnyi basanzwe bakoresha amafaranga leta modoka abakinnyi bagahabwa akazi leta nk’uburyo kwinjiza abayobozi b’interahamwe batangira kuyobora amakipe ukuyemo rayon sports yabananiye nyuma kubona umupira ukunzwe cyane abayobozi b’ishyaka mrnd binjiye buyobozi bw’aya makipe joseph kanyabashi uvugwaho kuyobora jenoside i butare umuyobozi mukura ferdinand nahimana ufatwa nk’umwe hejuru bateguye jenoside umuyobozi etincelles fc y’i gisenyi joseph karera ayobora kiyovu muri werurwe georges rutaganda visi perezida kabiri w’interahamwe rwanda yashatse gufata ngufu ubuyobozi rayon sports ikunzwe n’abatari bake birananirana nk’uko yanabyemereye urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u rwanda rwari arusha tanzania tpir uyu mugabo yagerageje kwiba amajwi biranga helene dumas wanditse gitabo agendeye buhamya yahawe yemeza benshi bakunzi rayon sports banze kuyoborwa n’umuntu witwaje umunyapolitiki gusa helene agaragaza bayobozi bashatse gukoresha abafana b’umupira biganjemo urubyiruko kubacengezamo amatwara jenoside ati bashakaga gukora umutwe w’abarwanyi babakuye bakunzi b’umupira cyane cyane rubyiruko iyi mpamvu franois karera wayoboye kiyovu yashingwa kugeza yaje kuba burugumesitiri komini nyarugenge anakuriye interahamwe rayon sports yasohokeraga u rwanda nk’ikipe y’abanyarwanda yagaruka ikaba iy’abatutsi umwanditsi w’iki gitabo anerekana by’umwihariko uburyo ikipe rayon sports yashinzwe n’abacuruzi bakomeye b’i nyanza ahahoze i bwami yakunze guhura n’itotezwa ifatwa nk’iy’abatutsi ariko yazana insinzi mikino y’afurika igashimwa helene dumas agaragaza kuba rayon sports ikize byanatumaga igira abakinnyi n’abatoza barimo n’abanyamahanga muri uku gutotezwa nk’uko umwanditsi abivuga mpera mutarama rayon sports igiye kugera kibuga k’indege i kanombe igiye kwerekeza i addis abebba ethiopia yaje guhagarikwa n’interahamwe zishaka kuyisagarira umwe arazibuza azitegeka kuyirekura kuko igiye butumwa bw’igihugu andi magambo y’urwango agaragazwa n’uwiyitaga cyangwa binashoboka koko umukunzi wayo witwa habimana kantano wamenyekanye radiyo rutwitsi rtlm wavuze kimwe bimubabaza kipe yakundwaga n’inkotanyi rayon sports yanongeye guhura n’akaga yakinaga etincelles fc gisenyi iterwa amabuye asanga ibitutsi bakinnyi bayo helene dumas aragira rayon sports yafatwaga nk’iy’abatutsi byaberaga mikino y’imbere gihugu ariko yakwitwara neza hanze igahinduka iy’abanyarwanda ibyabereye gisenyi byerekana uburyo umupira utangiye gufata isura y’indorerwamo y’amoko ibitotezo rayon sports byabaye nk’ibigabanyuka gasangwa clestin alias tigana yatsindaga igitego mikino rayon sports imaze gutsindamo al hilal - tariki werurwe mikino y’afurika icyo gihe rtlm n’ikinyamakuru kitavugaga rumwe leta kanguka byahurije bumwe n’ibyishimo abanyarwanda bahawe rayon sports ku rundi ruhande umugambi jenoside n’icyari gitegereje abatutsi kwezi kumwe imbere kinagaragara magambo yavuzwe kantano rtlm wongeyeho hari amashimwe atatu akwiriye guhabwa abakinnyi rayon sports ayo kantano yavugaga abagore bigaragaza uburyo abagore b’abatutsi bafashwe ngufu jenoside nk’uko helene abivuga hari kandi inka zatemaguwe jenoside n’inzoga nk’ikimenyetso kumena amaraso iyo abakunzi b’umupira bumva agaciro k’uyu mukino mu kwanzura nyandiko helene agaragaza abakunzi b’umupira barumvishe agaciro k’ibyabahuzaga n’indangagaciro siporo batari kwemera kwica bagenzi nubwo hari bamwe gushimira barokoye bamwe bakinnyi n’abafana mpamvu z’ibyishimo basangiraga big up rayon wamwe rudasumbwa indangagaciro gukunda igihugu guha abanyarwanda ibyishimo uzabihorane ni ibintu bigayitse cyane kumva umukinnyi yica mugenzi bakinana umufana akica mugenzi basangiye umunezero bahabwa ruhago cg umufana akica umukinnyi yitwa afana rwanda warazahaye ariko amateka mabi wanyuzemo icyiza wayahereyeho ukaba umaze kuba igihugu cy’igihangange dukomeze twibuke twiyubaka ariko tunavuga tuti never again big up rwanda my lovely country ntibikabeho abakunzi sport turangwa namacakubiri ahubwo itubere ikiraro kiduhuriza hamwe mubyishimo email yanyu ntigaragazwa rubuga amazina email ngombwa igitekerezo documentgetelementbyidcommentsetattribute id aceeaeaaecfcdd documentgetelementbyidadadbsetattribute id comment amazina email umupira w’amaguru cyangwa siporo rusange inzira kubanisha abantu kubunga ibi bigaragara ikipe runaka itsinze igitego abakunzi bayo bakishimira hamwe bagahora biyumva nk’abavandimwe ibi ariko si byagenze abatutsi barenga miriyoni bicagwa jenosidemuri harimo abari abakinnyi bishwe bagenzi abari abafana b’amakipe bishe bagenzi buvandimwe bw’abahuje ikipe bwabuzeiyo usubiye inyuma mateka ubona gutegura jenoside leta iriho gihe yabonye abanyarwanda bakundaga cyane umupira w’amaguru ibona ahantu heza ho kunyuza amatwara n’imigambi gutegura jenosidemuri nkuru turifashisha igitabo football politique et violence milicienne au rwanda histoire d’un sport sous influences - ugenekereje kinyarwanda umupira w’amaguru politike n’ubwicanyi amateka siporo yakoreshejwe hagati y’umwaka cyanditswe dr hlne dumas umushakashatsi w’ikigo cy’abafaransa cy’amateka crh centre de recherche historiques mu myaka umupira ukunzwe kandi wigengaumwanditsi w’iki gitabo atangira agaragaza umupira wazanywe rwanda n’abakoloni utangira gukundwa guhuzwa n’indangagaciro z’abanyarwandagukundwa k’umupira w’amaguru gukura kwawo uba uw’umwuga byabayeho cyane n’i nyuma kuzura sitade amahoro mikino isigaye ikinwa matara ijorobyanazamuwe kandi n’amasezerano kwakira hagati y’ikigo k’itangazamakuru orinfor n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru rwanda ferwafa kogeza imikino shampiyona inyumvankumwe radiyo rwanda bigo byombi bikajya bigabana amafaranga yinjiye sitade ibintu byongereye umubare w’abafana baza kibugamuri mata ferwafa yabonye ubuzima gatozi icuka minisiteri y’urubyiruko itangira kwigenga buryo bw’amikoro inongera amarushanwa nko hari amakipe arindwi shampiyona yiganjemo perefegiturambere y’iyi myaka abakinnyi basanzwe bakoresha amafaranga leta modoka abakinnyi bagahabwa akazi leta nk’uburyo kwinjizaabayobozi b’interahamwe batangira kuyobora amakipe ukuyemo rayon sports yabananiyenyuma kubona umupira ukunzwe cyane abayobozi b’ishyaka mrnd binjiye buyobozi bw’aya makipe joseph kanyabashi uvugwaho kuyobora jenoside i butare umuyobozi mukura ferdinand nahimana ufatwa nk’umwe hejuru bateguye jenoside umuyobozi etincelles fc y’i gisenyi joseph karera ayobora kiyovumuri werurwe georges rutaganda visi perezida kabiri w’interahamwe rwanda yashatse gufata ngufu ubuyobozi rayon sports ikunzwe n’abatari bake birananirana nk’uko yanabyemereye urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u rwanda rwari arusha tanzania tpiruyu mugabo yagerageje kwiba amajwi biranga helene dumas wanditse gitabo agendeye buhamya yahawe yemeza benshi bakunzi rayon sports banze kuyoborwa n’umuntu witwaje umunyapolitiki gusahelene agaragaza bayobozi bashatse gukoresha abafana b’umupira biganjemo urubyiruko kubacengezamo amatwara jenosideati bashakaga gukora umutwe w’abarwanyi babakuye bakunzi b’umupira cyane cyane rubyiruko iyi mpamvu franois karera wayoboye kiyovu yashingwa kugeza yaje kuba burugumesitiri komini nyarugenge anakuriye interahamwerayon sports yasohokeraga u rwanda nk’ikipe y’abanyarwanda yagaruka ikaba iy’abatutsiumwanditsi w’iki gitabo anerekana by’umwihariko uburyo ikipe rayon sports yashinzwe n’abacuruzi bakomeye b’i nyanza ahahoze i bwami yakunze guhura n’itotezwa ifatwa nk’iy’abatutsi ariko yazana insinzi mikino y’afurika igashimwa helene dumas agaragaza kuba rayon sports ikize byanatumaga igira abakinnyi n’abatoza barimo n’abanyamahangamuri uku gutotezwa nk’uko umwanditsi abivuga mpera mutarama rayon sports igiye kugera kibuga k’indege i kanombe igiye kwerekeza i addis abebba ethiopia yaje guhagarikwa n’interahamwe zishaka kuyisagarira umwe arazibuza azitegeka kuyirekura kuko igiye butumwa bw’igihuguandi magambo y’urwango agaragazwa n’uwiyitaga cyangwa binashoboka koko umukunzi wayo witwa habimana kantano wamenyekanye radiyo rutwitsi rtlm wavuze kimwe bimubabaza kipe yakundwaga n’inkotanyirayon sports yanongeye guhura n’akaga yakinaga etincelles fc gisenyi iterwa amabuye asanga ibitutsi bakinnyi bayohelene dumas aragira rayon sports yafatwaga nk’iy’abatutsi byaberaga mikino y’imbere gihugu ariko yakwitwara neza hanze igahinduka iy’abanyarwanda ibyabereye gisenyi byerekana uburyo umupira utangiye gufata isura y’indorerwamo y’amoko ibitotezo rayon sports byabaye nk’ibigabanyuka gasangwa clestin alias tigana yatsindaga igitego mikino rayon sports imaze gutsindamo al hilal - tariki werurwe mikino y’afurika icyo gihe rtlm n’ikinyamakuru kitavugaga rumwe leta kanguka byahurije bumwe n’ibyishimo abanyarwanda bahawe rayon sportsku rundi ruhande umugambi jenoside n’icyari gitegereje abatutsi kwezi kumwe imbere kinagaragara magambo yavuzwe kantano rtlm wongeyeho hari amashimwe atatu akwiriye guhabwa abakinnyi rayon sports ayo kantano yavugaga abagore bigaragaza uburyo abagore b’abatutsi bafashwe ngufu jenoside nk’uko helene abivuga hari kandi inka zatemaguwe jenoside n’inzoga nk’ikimenyetso kumena amarasoiyo abakunzi b’umupira bumva agaciro k’uyu mukinomu kwanzura nyandiko helene agaragaza abakunzi b’umupira barumvishe agaciro k’ibyabahuzaga n’indangagaciro siporo batari kwemera kwica bagenzi nubwo hari bamwe gushimira barokoye bamwe bakinnyi n’abafana mpamvu z’ibyishimo basangiraga umupira w’amaguru cyangwa siporo rusange inzira kubanisha abantu kubunga ibi bigaragara ikipe runaka itsinze igitego abakunzi bayo bakishimira hamwe bagahora biyumva nk’abavandimwe ibi ariko si byagenze abatutsi barenga miriyoni bicagwa jenoside muri harimo abari abakinnyi bishwe bagenzi abari abafana b’amakipe bishe bagenzi buvandimwe bw’abahuje ikipe bwabuze iyo usubiye inyuma mateka ubona gutegura jenoside leta iriho gihe yabonye abanyarwanda bakundaga cyane umupira w’amaguru ibona ahantu heza ho kunyuza amatwara n’imigambi gutegura jenoside muri nkuru turifashisha igitabo football politique et violence milicienne au rwanda histoire d’un sport sous influences - ugenekereje kinyarwanda umupira w’amaguru politike n’ubwicanyi amateka siporo yakoreshejwe hagati y’umwaka cyanditswe dr hlne dumas umushakashatsi w’ikigo cy’abafaransa cy’amateka crh centre de recherche historiques mu myaka umupira ukunzwe kandi wigenga umwanditsi w’iki gitabo atangira agaragaza umupira wazanywe rwanda n’abakoloni utangira gukundwa guhuzwa n’indangagaciro z’abanyarwanda gukundwa k’umupira w’amaguru gukura kwawo uba uw’umwuga byabayeho cyane n’i nyuma kuzura sitade amahoro mikino isigaye ikinwa matara ijoro byanazamuwe kandi n’amasezerano kwakira hagati y’ikigo k’itangazamakuru orinfor n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru rwanda ferwafa kogeza imikino shampiyona inyumvankumwe radiyo rwanda bigo byombi bikajya bigabana amafaranga yinjiye sitade ibintu byongereye umubare w’abafana baza kibuga muri mata ferwafa yabonye ubuzima gatozi icuka minisiteri y’urubyiruko itangira kwigenga buryo bw’amikoro inongera amarushanwa nko hari amakipe arindwi shampiyona yiganjemo perefegitura mbere y’iyi myaka abakinnyi basanzwe bakoresha amafaranga leta modoka abakinnyi bagahabwa akazi leta nk’uburyo kwinjiza abayobozi b’interahamwe batangira kuyobora amakipe ukuyemo rayon sports yabananiye nyuma kubona umupira ukunzwe cyane abayobozi b’ishyaka mrnd binjiye buyobozi bw’aya makipe joseph kanyabashi uvugwaho kuyobora jenoside i butare umuyobozi mukura ferdinand nahimana ufatwa nk’umwe hejuru bateguye jenoside umuyobozi etincelles fc y’i gisenyi joseph karera ayobora kiyovu muri werurwe georges rutaganda visi perezida kabiri w’interahamwe rwanda yashatse gufata ngufu ubuyobozi rayon sports ikunzwe n’abatari bake birananirana nk’uko yanabyemereye urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u rwanda rwari arusha tanzania tpir uyu mugabo yagerageje kwiba amajwi biranga helene dumas wanditse gitabo agendeye buhamya yahawe yemeza benshi bakunzi rayon sports banze kuyoborwa n’umuntu witwaje umunyapolitiki gusa helene agaragaza bayobozi bashatse gukoresha abafana b’umupira biganjemo urubyiruko kubacengezamo amatwara jenoside ati bashakaga gukora umutwe w’abarwanyi babakuye bakunzi b’umupira cyane cyane rubyiruko iyi mpamvu franois karera wayoboye kiyovu yashingwa kugeza yaje kuba burugumesitiri komini nyarugenge anakuriye interahamwe rayon sports yasohokeraga u rwanda nk’ikipe y’abanyarwanda yagaruka ikaba iy’abatutsi umwanditsi w’iki gitabo anerekana by’umwihariko uburyo ikipe rayon sports yashinzwe n’abacuruzi bakomeye b’i nyanza ahahoze i bwami yakunze guhura n’itotezwa ifatwa nk’iy’abatutsi ariko yazana insinzi mikino y’afurika igashimwa helene dumas agaragaza kuba rayon sports ikize byanatumaga igira abakinnyi n’abatoza barimo n’abanyamahanga muri uku gutotezwa nk’uko umwanditsi abivuga mpera mutarama rayon sports igiye kugera kibuga k’indege i kanombe igiye kwerekeza i addis abebba ethiopia yaje guhagarikwa n’interahamwe zishaka kuyisagarira umwe arazibuza azitegeka kuyirekura kuko igiye butumwa bw’igihugu andi magambo y’urwango agaragazwa n’uwiyitaga cyangwa binashoboka koko umukunzi wayo witwa habimana kantano wamenyekanye radiyo rutwitsi rtlm wavuze kimwe bimubabaza kipe yakundwaga n’inkotanyi rayon sports yanongeye guhura n’akaga yakinaga etincelles fc gisenyi iterwa amabuye asanga ibitutsi bakinnyi bayo helene dumas aragira rayon sports yafatwaga nk’iy’abatutsi byaberaga mikino y’imbere gihugu ariko yakwitwara neza hanze igahinduka iy’abanyarwanda ibyabereye gisenyi byerekana uburyo umupira utangiye gufata isura y’indorerwamo y’amoko ibitotezo rayon sports byabaye nk’ibigabanyuka gasangwa clestin alias tigana yatsindaga igitego mikino rayon sports imaze gutsindamo al hilal - tariki werurwe mikino y’afurika icyo gihe rtlm n’ikinyamakuru kitavugaga rumwe leta kanguka byahurije bumwe n’ibyishimo abanyarwanda bahawe rayon sports ku rundi ruhande umugambi jenoside n’icyari gitegereje abatutsi kwezi kumwe imbere kinagaragara magambo yavuzwe kantano rtlm wongeyeho hari amashimwe atatu akwiriye guhabwa abakinnyi rayon sports ayo kantano yavugaga abagore bigaragaza uburyo abagore b’abatutsi bafashwe ngufu jenoside nk’uko helene abivuga hari kandi inka zatemaguwe jenoside n’inzoga nk’ikimenyetso kumena amaraso iyo abakunzi b’umupira bumva agaciro k’uyu mukino mu kwanzura nyandiko helene agaragaza abakunzi b’umupira barumvishe agaciro k’ibyabahuzaga n’indangagaciro siporo batari kwemera kwica bagenzi nubwo hari bamwe gushimira barokoye bamwe bakinnyi n’abafana mpamvu z’ibyishimo basangiraga big up rayon wamwe rudasumbwa indangagaciro gukunda igihugu guha abanyarwanda ibyishimo uzabihorane ni ibintu bigayitse cyane kumva umukinnyi yica mugenzi bakinana umufana akica mugenzi basangiye umunezero bahabwa ruhago cg umufana akica umukinnyi yitwa afana rwanda warazahaye ariko amateka mabi wanyuzemo icyiza wayahereyeho ukaba umaze kuba igihugu cy’igihangange dukomeze twibuke twiyubaka ariko tunavuga tuti never again big up rwanda my lovely country ntibikabeho abakunzi sport turangwa namacakubiri ahubwo itubere ikiraro kiduhuriza hamwe mubyishimo email yanyu ntigaragazwa rubuga amazina email ngombwa igitekerezo documentgetelementbyidcommentsetattribute id aceeaeaaecfcdd documentgetelementbyidadadbsetattribute id comment amazina email
2economy
south african airways yasubukuye ingendo zayo rwanda
itangazo kompanyi yashyize ahagaragara rivuga ngendo zigamije gushyigikira kwagura ubuhahirane afurika kuko zije ziyongera zindi ikorera hirya hino mugabane w’afurika ndetse gufasha abakiliya bayo kugera hirya hino hatakunda kugaragara ingendo z’indege hari hashize imyaka itanu south african airways ihagaritse ingendo zayo rwanda byari biteganyijwe ngendo zisubukurwa kwezi cumi umwaka ushize ariko ntibyakunda kubera umubano utari umeze neza hagati y’u rwanda n’afurika y’epfo iki gikorwa kuzisubukura cyirerekana intambwe ikomeje guterwa gutsura umubano hagati y’ibihugu byombi ingendo south african airways rwanda zizajya ziba gatatu cyumweru kuwa kabibi kuwa gatanu cyumweru indege zajya iva johannesburg h igere rwanda h hanyuma ive rwanda h yerekeze i burundi ikazajya ihagera h ingendo zijya johanesbourg ruzajya ziba kuwa mbere kuwa gatatu kuwa gatandatu izajya ihagurukira i burundi inyure i kigali ibone kwerekeza johanesbourg urugendo johannesburg- kigali-bujumbura rukazajya rukorwa n’indege saa’s a ifite ubushobozi gutwara abantu marie josee ikibasumba
3health
ruhango abakoze umwuga w’uburaya bemeza kubureka bitoroshye
rachel mukabadege umugore w’imyaka yaretse umwuga w’uburaya mwaka yatangiye gukora uburaya afite imyaka myaka niho yabyaye umwana mbere ubu mugore afite abana barindwi yabyaye buryo bw’uburaya bana n’umwe uhuje se n’undi mukabadege avuga yakoze mwuga kubera ibibazo by’ubukene byari byarokamye umuryango agira nabonaga mama ahora yigunze kubera ubukene mpitamo kuba indaya mbashe kumugarurira icyizere nyamara n’ubwo yagiye buraya kubera ubukene kubuvamo byamubere ikibazo gikomeye kuko yabonaga ashaka cyose buryo butamugoye agira ibaze kumenyera kurya inkoko buri munsi ushatse kwiyemeza kujya urya ibijumba bisaba imbaraga zidasanzwe mukabadege kimwe n’abandi bagore bagera munani bavuga baretse uburaya kubera amahugurwa bahawe n’ishyirahamwe ryitwa ihorere munyarwanda ryiyemeje kujya rifasha imfubyi n’abapfakazi ndetse gufasha abakora umwuga w’uburaya kuwureka apollinaire mutuyimana wahoze indaya avuga yaretse uburaya kuko yabonye ububi bwabyo sinaretse uburaya kuko umubiri wanjye wananiwe ahubwo roho yanyemeje ndi bikorwa by’urukozasoni abatari bake bavuye buraya biyemeje gufata ibyemezo by’ubuzima bwabo bamwe bicaye hamwe barera abana babyariye mwuga abandi bashaka abagabo bafatanya ubuzima kuri bagore baretse uburaya bibumbiye shyirahamwe reba kure baherutse kubona inkunga y’inka umunani n’inyana enye bahawe n’ishyirahamwe ihorere munyarwanda umuyobozi w’iri syirahamwe ihorere munyarwanda aimable mwananawe avuga gikorwa gukangurira abakora umwuga w’uburaya kuwuvamo kiba kitoroshye hatabonetse ubufatanye abafatanyabikorwa bakwiye kunganirana bakazamura abanyarwanda cyane cyane nk’aba bagiye bikorwa bibasubiza inyuma mugingo bagore biyemeje gusukura umujyi ruhango umujyi bigaragara urangwa n’isuku iri shyirahamwe ryabo kandi rikora n’akazi k’ubuhinzi n’ubworozi gerard gitoli mbabazi
1sport
iragire saidi yasezeranye imbere y’amategeko amafoto
myugariro rayon sports iragire saidi yasezeranye imbere y’amategeko n’ umubyeyi dyna bamaze imyaka itandatu babana ni umuhango wabaye kane tariki werurwe murenge rwezamenyo akarere nyarugenge mujyi kigali uyu muhango witabiriwe perezida rayon sports munyakazi sadate kirasa alain umutoza wungirije rayon sports kaliopi utoza abanyezamu mugemana charles umuganga rayon sports ndetse n’abakinnyi bagenzi bayobowe rutanga eric kapiteni rayon sports iragire saidi yatangarije rwandamagazinecom barakoze ubukwe idini islam babarizwamo igihe kikaba cyari kigeze basezerane imbere y’amategeko ati dyna umugore nkunda kandi nubaha igihe cyari kigeze dusezerane n’imbere y’amategeko kuko hari hashize igihe dukoze ubukwe idini ikintu gikomeye cyatumye amuhitamo bandi ubwitonzi bwe ariko akanongeraho yihanganiye ubuzima bwose bagiye banyuramo ati navuga kumuhitamo nagendeye mico myiza namubonanye ariko icy’ingenzi yagiye yihanganira ubuzima bwose twanyuzemo ni umugore uhamye kandi umfasha mwuga wanjye w’umupira w’amaguru iragire dyna bafitanye umwana w’imyaka itanu witwa umutoniwase rahma wanatashye ibirori se nyina barahira imbere y’amategeko tariki kamena nibwo iragire saidi yasinye imyaka ibiri akinira rayon sports yari avuye mukura vs umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge rwezamenyo uwamwiza chantal niwe wabasezeranyije umutoniwase rahma yaje birori by’ababyeyi munyakazi sadate perezida rayon sports yaje gushyigikira umukinnyi bagenzi nabo baje kumushyigikira inshuti n’abavandimwe bahari mu birori kwiyakira hari hateganyijwe uburyo kwirinda coronavirus sadate yavuze saidi umukinnyi ucisha make kandi uzi kujya inama
4entertainment
dream boyz umuziki niwo ubabeshejeho
iri tsinda rivuga umutungo bafite bawuvanye bitaramo n’ibihembo babonye indirimbo yitabirwaho n’abantu benshi best caller tune kuba baririmbyi bahataniraga gutwara igikombe cy’amarushanwa yiswe primus guma guma superstar yateguwe sosiyeti yitwa bralirwa ikora ibinyobwa iri tsinda ryatangiye muzika mwaka rigizwe n’abasore babiri jean claude mujyanama uzwi izina ry’ubuhanzi tmc platini nemeye uzwi izina ry’ubuhanzi platini dream boyz bavuga ubushobozi buturuka ntambwe nziza bagenda batera kazi kabo muzika urugero batanga nko kuba bamaze kugira indirimbo nyinshi kandi ziza mbere zikunzwe gihugu ibi bituma bagira abakunzi benshi bagatumirwa bitaramo bibinjiriza amafaranga platini aganira kigalitodaycom yemeje bagenda batera intambwe umunsi munsi nko kumenya gukoresha ijwi neza kandi bagenda bagira ubumenyi bundi bitewe guhura n’abandi baririmbyi kenshi yagize twateye imbere kuko amafaranga dukoresha buzima nko kurya kwambara gufasha inshuti ndetse n’ibindi tuyakura muziki dream boyz ibona hari intambwe ishimishije igenda iterwa muzika ariko rusange gutera imbere buryo bw’amafaranga muzika nyarwanda bitaragerwaho platini umwe bagize tsinda abihera kuba bindi bihugu bigize umuryango w’afurika y’uburasirazuba abanyamuziki babarirwa bantu bakize bitandukanye rwanda dream boyz itinda ryamenyekanye cyane ndirimbo magorwa mwaka baza gusohora n’izindi ndirimbo mpamiriza ukuri si inzika bella isano n’izindi iri tsinda rikaba riri gutegura gushyira ahagaragara album kabiri yitwa dufitanye isano itariki ugushyingo nyuma y’album mbere si inzika yashyizwe ahagaragara tariki gashyantare jean baptiste micomyiza
6technology
whatsapp yazanye uburyo bushya butuma ntawe ushyirwa group’ atabishaka
uburyo bushya bwongewe whatsapp buzajya bukorana n’ibikoresho by’ikoranabuhanga bikoresha android ios umuntu uzajya atanga uburenganzira mbere gushyirwa itsinda runaka kugira bikunde ukoresha whatsapp ajya ahanditse settings agakanda ahanditse account privacy groups hanyuma akabona ahanditse utuntu dutatu aritwo everyone my contacts cyangwa my contacts except mu gihe uhisemo ahanditse my contacts uzaba wemeje umwe bantu telefone yawe afite uburenganzira kugushyira rindi tsinda group whatsapp nuhitamo ahanditse my contacts except uhita ujya ahandi haguha uburyo kuba waha muntu utari telefone yawe uburenganzira kuba yagushyira rindi tsinda whatsapp mu gihe umuntu ashatse kugushyira itsinda runaka bikanga hazajya haza uburyo akoherereza ubutumwa bugusaba kwemera akagushyira iryo tsinda mu gihe bakwandikitye bagusaba gutanga uburenganzira ukinjizwa itsinda rishya uzajya uba ufite iminsi itatu gusubiza whatsapp yatangaje buryo bwatangiye gukoreshwa guhera kane tariki ugushyingo bice bimwe bimwe isi bitaragera bikazahagera minsi imbere uru rubuga nkoranyambaga rw’umuherwe mark zuckerberg rukoreshwa n’abasaga miliyari isi hose
1sport
amakipe ya apr vc ni yo ari ku isonga
ikipe apr vc bagabo ikaba yararangije mwanya mbere ndetse ikaba ikurikiwe kaminuza nkuru y’u rwanda kigali volleyball club ikaza mwnaya ikipe lyce de nyanza ikaza mwanya ako gace kari n’aka nyuma shampiyona uko urutonde shampiyona ruhagaze nyuma kurangiza ibice bitanu ikipe nur niyo mbere ikipe ikaba apr vc ikipe lycee de nyanza ikipe kvc ikaza mwanya nyuma y’aka gace hazakinwa imikino kamarampaka playoffs ikipe nur izakina kvc apr vc ikine lycee de nyanza aha amakipe azatsinda azakinira umwanya nyuma atsinzwe akine umwanya mikino ikaba itegenyijwe tariki ukwakira ndetse mikino ikazaba ifatanyijwe n’irushanwa ryitwaga carre d’as ryakinwaga n’amakipe mbere gihugu mu bagore agace ikipe apr wvc niyo yakegukanye rra wvc iza mwanya ruhango wvc iza mwanya lycee de nyanza iza mwanya ku rutonde shampiyona ikipe rra wvc niyo iza mwanya mbere apr wvc ikaza mwanya ikipe ruhango mwanya lycee de nyanza mwanya rra izakina lycee de nyanza ndetse apr vc ikine ruhango itike gushaka amakipe azakina umukino nyuma ikipe izaba iya mbere nyuma yiyo mikino haba bahungu n’abakobwa ikazaba ariyo ihagararira u rwanda irushanwa ry’amakipe yabaye mbere iwayo mulinge sammy utoza apr avuga bagiye gutegura mikino kuko bifuza kwegukana umwanya mbere kandi bifuza gusohokera igihugu nyirimana fidle nur avuga biteguye kuba bakwegukana shampiyona nshuro kabiri bikurikiranya inkuru dukesha izuba rirashe
0politics
tariki mata uko jenoside yakorewe abatutsi yakozwe hirya hino gihugu
ku munsi nk’uyu w’itariki mata leta y’abicanyi ikomeje umugambi wayo mubisha gutsemba abatutsi hirya hino gihugu iyi nyandiko iragaragaza hamwe hantu hashoboye kumenyekana hiciwe abatutsi tariki iyicwa ry’abatutsi college saint andre i nyamirambo mu murenge nyamirambo kigo cy’ishuri st andr kiriziya yitiriwe mutagatifu karoli lwanga hiciwe abatutsi benshi bahahungiye baturuka butamwa nyamirambo kivugiza mumena nyakabanda rwezamenyo kabusunzu nyarugenge biryogo bamwe muribo bagiye kiriziya abandi bajya st andr abandi bajya kigo cy’abafurere st joseph kiri i nyamirambo muri kiriziya karoli lwanga hiciwe abatutsi bake ugereranije n’abiciwe st andr n’ubwo nabo bake ugereranije n’abiciwe kigo st joseph kuko abari hose bavuzwe haruguru bumvaga amakuru y’uko st joseph hari benshi kandi abihaye imana babafashe neza ntawabakoraho bagahita bagerageza kuba ariho bajya nyuma kwica abari bahungiye st andr karoli lwanga bagiye kwica abari st joseph kugeza n’aho bishemo bamwe bafurere banze batutsi bicwa abaharokokeye bahamya abari bahahungiye barengaga kuko nyuma kubica imirambo myinshi cyane igerekeranye iyicwa ry’abatutsi i kanyinya komini nyarugenge mu murenge kanyinya abatutsi benshi baho n’abahahungiye baturukaga murenge jali akarere gasabo bahungiye murenge kanyinya uwari konseye nzabamwita joseph abasaba babwira n’abandi bataricwa bakaza kugirango babarindire umutekano ku abicanyi bamaze kubona bandi batutsi basigaye konseye yababwiye agiye kubazanira abajandarume bakabashakira babashyira kugirango bacungirwe umutekano baraza bababwira babajyanye ahitwa kana gakombe kari hagati y’imisozi bakabarindiramo kuko nterahamwe yahamenya barabashoreye babagejejeyo barahabasiga bababwira bagiye kubashakira kurya bigeze mugoroba babazanira interahamwe zirabatemagura ijoro ryose abasirikare bajya hejuru y’umusozi kureba hari ubasha kubacika kugirango bamurase barabishe harokoka abana bagera kumwe n’imirambo y’ababyeyi bahindutse amaraso bakagirango bapfuye iyicwa ry’abatutsi kiliziya gishaka i bumbogo kigali mu murenge bumbogo kagari nkuzuzu hari abatutsi benshi bahatuye mbere jenoside mu gitondo kuwa interahamwe zabyutse zivuza amafirimbi gutangira kubica bariyegeranya bishyira hamwe gasozi nkuzuzu bakoresheje amabuye amacumu n’imiheto izo nterahamwe zabicaga zarimo abitwa nyundo vianney rubanguza karangwa gashumba rwiyamirira michel habarurema emile ruhamanya na rwabuhihi barwanye nabo kuwa nimugoroba interahamwe zibonye zigiye kuneshwa kuwa nimugoroba zihuruza abasirikare habyarimana kuwa babarasira kubamara nayo tariki yabaye mbi cyane mateka ababashije kuharokokera munsi bahungiye paruwasi gishaka bagezeyo bahasanze umupadiri w’umuzungu witwaga michel abasangisha abandi bahungiye kiriziya baturutse rutunga rubungo nduba jurwe ndera padiri atangira kubashakira ibibatunga kubasengera ijoro ryo kuwa bigeze kuwa interahamwe zirabatera zarimo abapolisi komine gikomero bitwaga nyarwaya michel burigadiye komine gikomero rubanguka mathias comptable komini gikomero rusatsi umuganga centre de sante gishaka n’interahamwe ikomeye cyane yitwaga sevara aba bakaba barafatanyaga burugumestre rutaganira telesifori komini gikomero n’abapolisi komini gikomero iyicwa ry’abatutsi paruwasi gatorika musha kigali ku - paruwasi kiliziya gatolika musha hiciweho abatutsi basaga uwari burugumesitiri komini gikoro bisengimana paul mukemba umushoferi komini makombe umukangurambaga w’urubyiruko isonga bwicanyi bwahabereye kominigikoroyariiyobowenaburugumestre bisengimana paul bisengimanayayoboyeinterahamwezibanzagukoreraabakobwan’abagoreibikorwaby’urukozasoniimberey’ababyeyibabo harin’abobajyanye byobobyacukurwagamoamabuyenyumayibyobikorwabakanabiciramo paul bisengimana ufiteumugoren’abanaicumiyaburaniye rukikompuzamahangampanabyaharwashyiriweho u rwanda tpir yemeraibyahaby’ubwicanyiyakoze akatirwaigifungocy’imyakacumin’itanu iyicwa ry’abatutsi muhororo kibilira ngororero mu cyari komini kibirira jenoside yabanje kugeragezwa mbere mata cyane cyane nyuma y’imbwirwaruhame dr mugesera lon yavugiye kabaya mitingi y’ishyaka mnrd abenshi bishwe harimo n’abo makomini ramba gaseke ndaro na mbere y’ijambo ryo kabaya kibirira habaye ubwicanyi hagati tariki hicwa abatutsi benshi barongera mutarama komini giciye satinskyi ramba kanama kayove kibilira yahoze perefegitura gisenyi hari n’abaroshywe mugezi nyabarongo ahitwa cyome i gatumba abiciwe i kibirira bitaro muhororo harimo abarwayi abarwaza n’abaganga n’abandi bakozi bitaro abiciwe kiriziya muhororo icumbi ry’abihaye imana harimo ababikira n’abapadiri abatutsi kibirira kandi bamwe bafungiwe cyari iga ikigo gihugura abaturage gatumba y’ahari icyicaro cy’umurenge gatumba bashaka kubatwikiramo ariko abatutsi bamena ikirahuri baca kadirishya gato barahunga inama zitegura ubwicanyi zaberaga biro komini ramba kibirira biro by’amashyaka mrnd cdr mdr biro inspecteur d’arrondissement n’ahandi z’abari abategetsi gihe y’ahahoze komini kibirira hari akabari bar ituze abishuka charles kari i gatumba akabari k’uwitwaga rwanyagatare ku kiriziya muhororo hiciwe ababikira n’abapadiri batandukanye n’ubwo abihaye imana kominote y’abenebikira muhororo babanje kwirwanaho ariko nyuma baganzwa n’amasasu y’imbunda zazanywe n’uwari burigadiye komini kibirira witwaga mutabaruka alias libenge n’izatanzwe hondero rwanyagatare dusabemungu alias bizuru batuye centre rusumogatumba iyicwa ry’abatutsi kiliziya gatorika rukara kayonza ku kiliziya paruwasi gatorika rukara y’i gahini hahungiye abatutsi benshi baturutse ahantu hatandukanye ku ikubitirom hishwe abatutsi bishwe bagiye kurwana n’interahamwe zireke kubatwarira inka zabo kuko bazihunganye hamaze kwicwa nibwo n’ibyo bahunganye byose byatwawe abandi nabo bahita bicwa ubwicanyi bwayobowe burugumesitiri komini rukara mpambara jean ndetse n’interahamwe zari ziturutse murambi ziyobowe gatete jean baptiste nubwo jean mpambara yagizwe umwere n’urukiko mpuzamahanga arusha abacitse icumu bemeza isonga ry’ubwicanyi akaba yarakoranaga minisitirir justine mugenzi ukomoka i gahini mpambara yanabonetse bufransa ashinjura ngenzi octavient tito barahira bayoboye jenoside i kabarondo bakaba barakatiwe igifungo burundu n’urukiko rw’i paris bufransa iyicwa ry’abatutsi i ruharambuga nyamasheke interahamwe rukoma ziyobowe gasarasi wellars kuwa zagose abatutsi baho barenga zibahuriza nyirandimubenshi asterie zirahabicira nyuma kwica batutsi gasarasi yahuje interahamwe zari zimaze kubica arazishimira kubw’igikorwa bakoze ababwira ibyabo abibahaye kandi bakwiye gukomeza guhiga umututsi ava akagerana none cyahoze segiteri ruharambuga serire kigabiro hafashwe abana bakuye iwabo babeshya ababyeyi babahungishije abandi babakuye gahato babajyana cyobo cyari cyaracukuwe n’abahutu ishyamba nyungwe bita gasarabuye bakabatamo bazima nyuma yaho bazana ibishangara byinshi babatwikira cyobo babajugunyemo bazima bagerekaho amabuye n’utarashiramo umwuka yicwe n’amabuye iyicwa ry’abatutsi i nyakanyinya mururu rusizi mu murenge mururu ahitwa nyakanyinya kuwa hakozwe ibarura ry’abatutsi bamaze guhungira i nyakanyinya rikaba ryarakozwe patrice mwene gatukura icyo gihe hari hamaze kugera abatutsi inka zabo zatwawe konseye harerimana jean bosco sendege n’izindi nterahamwe haje igitero cy’interahamwe nyinshi zari zivuye i mururu nyakanyinya miko n’abajandarume baturutsi i gihundwe bahurira ahitwa hangari baza kwica i nyakanyinya barahageze batangira kwica n’ubugome bwinshi bakoresheje gerenade imbunda n’intwaro gakondo kuko interahamwe zari zamaze kugota abatutsi bahahungiye kandi zari nyinshi bamaze kubambura intwaro baje bitwaje mbese byari bikomeye nyuma abagore n’abana bahungiye mashuri rusengero rwari ruhari interahamwe zirurira zikuraho amategura zigata umuriro nzu kugirango abatutsi bihishe nzu basohoke babone babica babonye badasohoka nk’uko babishakaga nibwo bazanye umuzinga w’inzuki bawubaturamo noneho bakwira imishwaro barabica abandi babatwikira rusengero abagore n’abana aha hakoreshejwe iyicarubozo ribi cyane kuko interahamwe zaricaga zigasubira inyuma zigasambanya imirambo y’abakobwa b’abatutsikazi urugero umwarimukazi witwaga thacienne bamwishe nabi barangije bamujyaho baramusambanya akiri muzima yarabimye iyicwa ry’abatutsi i kirinda karongi kirinda iherereye cyahoze komine bwakira perefegitura kibuye murenge murambi karere karongi hari hubatse ibitaro nicyicaro cy’itorero epr mu gihe jenoside burugumesitiri bwakira yitwaga kabasha tharcissemuri jenoside abatutsi benshi bahungiye ishuri ryisumbuye abandi bahungiye bitaro bijejwe gucungirwa umutekano ariko nyuma yaho baje kwicwa ndetse imirambo bakajya kuyijugunya mugezi nyabarongo umwe bayoboye interahamwe zabishe yitwaga nyiringabo amani afatanyije by’umwihariko n’umucuruzi witwaga semirindi mose wagize uruhare rukomeye kugura imihoro kwica abatutsi ndetse n’imodoka yarifashishijwe cyane gutwara imirambo kuyijugunya mugezi nyabarongo i kirinda hazwiho by’umwihariko bariyeri yitwaga intebe y’urupfu hiciwe abatutsi benshi jenoside kandi i kirinda yahuriranye n’inama y’itorero epr rwego rw’igihugu ihateraniye bamwe pasitori bitabiriye inama barishwe hamwe n’imiryango uwari umuyobozi epr rwego rw’igihugu pasitori twagirayesu michel yagize uruhare rukomeye kubicisha iyicwa ry’abatutsi chapelle gitwa rutsiro chapelle gatulika gitwa yahungiyemo ndetse yiciwemo abatutsi benshi gihe jenoside yakorewe abatutsi mbere hitwaga gitwa ariko nyuma haje kwitwa i nyamagumba cyahoze cellule bugina segiteri kibingo komine mabanza perefegitura kibuye iyo chapelle ishamikiye paruwasi gatulika congo nil iyobowe n’umupadiri w’umufaransa witwa maindron gabriel wagize uruhare jenoside mu gitwa hari hatuye abatutsi benshi b’abagatulika nayo mpamvu nyamukuru bahungiye chapelle gitwa bizeye kuzaharokokera ariko siko byagenze ikindi hari mpinga y’umusozi buryo bumvaga byabafasha kureba neza ibitero kwirwanaho bibaye ngombwa abatutsi bahungiye chapelle gitwa baturutse bice bitandukanye birimo gitwa nyirizina selire gitarama buhoro ruhingo kabiraho komine mabanza n’ahandi kuwa kugeza nibwo ibitero byagabwe chapelle gitwa ndetse uwari burugumesitiri komine mabanza bagirishema ignace yagiyeyo agezeyo abaza abatutsi bahungiye bamubwira bagiye chapelle gitwa aravuga bahungiye mpinga y’umusozi nyamagumba kubera umusozi ruhengeri biciraga abatutsi benshi guhera nyuma yaho uko niko hahise hitwa i nyamagumba buryo n’uyu munsi hari abakihita gutyo ubuhamya buvuga jenoside hiciwe abatutsi barenga bakaba bashyinguye rwibutso jenoside rwahubatswe burugumesitiri bagirishema yagize uruhare rukomeye kubicisha abandi bagizeuruhare kwica abatutsi i gitwaharimo uwari brigadier rwamakuba emmanuel hakizimana deo umunyamabanga komine mabanza benimana raphal burugumesitiri komine rutsiro maburakindi isidore burugumesitiri komine kayove nabandi iyicwa ry’abatutsi mashuri mbogo kinyamakara gikongoro kuri komine kinyamakara mashuri mbogo n’umusozi wose mbogo rusange kuwa hakusanyirijwe abatutsi benshi b’iyari komine kinyamakara n’abari bavuye gikongoro mugi n’ahandi barahicirwa komini kinyamakara yayoborwaga burugumesitiri munyaneza charles niwe wagiye guhuruza abasirikare n’abajandarume barimo colonel simba aloys barabarasa bafatanyije n’interahamwe zari zitwaje imihoro ubuhiri coupe a coupes byose bishyashya n’udufuni kuri hishwe abatutsi bagera abari isonga bwicanyi mugemana brigadier munyakanyinya opj gasasira alphonse encadreur w’urubyiruko gasirabo jonathan umwarimu mashuri abanza n’abandi iyicwa ry’abatutsi ahiswe eskariye escalier muhima nyarugenge kuva tariki kugeza tariki abantu b’igice kimwe muhima munsi y’ahahoze gereza nyarugenge ahitwa mudugudu w’umwezi cyahoze serire ruhurura hari interahamwe n’abasirikare bakusanyaga abatutsi gice bakabamanura babajyana ahiswe escarille bakazibamanuraho babatemagura babahonda imitwe muhanda kaburimbo abandi bakabarasa aho hantu hiciwe abatutsi benshi kuko muhanda bahashyize bariyeri itega abanyura kaburimbo nabo bakahicirwa bakabarunda muhanda kugeza ikibabaza abafitanye isano n’abiciwe hantu mirambo batazi yajyanywe bayishyingure cyubahiro zimwe nterahamwe zagize uruhare kwica bantu zabashije kumenyekana ndemeye nicodemu chef wazo gashayija etienne charles rurangirwa j paul n’abandi mu kagari nkomangwa - hajugunywemo abatutsi benshi cyane banabwira abana bakiri bato nibaze babajyane mashuri kandi babajyanye muhazi bivugwa haguye abari hejuru murenge munyiginya n’abandi batazwi umubare baturutse imihanda jenoside yakorewe abatutsi yarateguwe ishyirwa bikoa leta kubonaguheratarikiya mata gitondo abatutsibicwaicyarimweahantuhantandukanye gihugu hose byerekanakuburyobudashidikanywahokoariumugambiwariwarateguwenaleta dr bizimana jean damascene umunyamabanganshingwabikorwa komisiyoy’igihuguyokurwanyajenoside cnlg
2economy
rwandair yahawe ubuyobozi bushya
girma wake nabo bazafatanya kuyobora batezweho byinshi birimo kuzamura urwego rw’ibijyanye n’indege rwanda ubwikorezi ndetse n’ubukerarugendo rusange kuko biri leta y’u rwanda ishyize imbere rwego kuzamura ishoramari iyi nama y’ubutegetsi nshya rwandair igizwe girma wake muyobozi mukuru wayo rica rwigamba ushinzwe ubukerarugendo kigo cy’igihugu kigamije iterambere rdb isabelle kalihangabo caleb rwamugaza laurence mukarugwiza sudadi kaitana hamwe theo demeyo uwayu girma wake agiye kuyobora rwandair nyuma y’imyaka akorera companyi y’indege ethiopian airlines umuyobozi mukuru w’iyo companyi marie jose ikibasumba
0politics
nsanzimana etienne yishwe anizwe anatewe ibyuma
nkuko bitangazwa n’inzego police karere rutsiro ikigaragara nsanzimana etienne yishwe masaha saa mbili z’ijoro mvura nyinshi yagwaga ikindi police yemeza musore yishwe anizwe kandi abamwishe bakaba bamuteye icyuma nsanzimana etienneubusanzwe umukozi murugo yakoreraga umuyobozi w’ishuri ryisumbuye bumba ho murenge gihango urupfu rwe rwamenyekanye gitondo kane abaturage babonaga yatinze gukingura nabwo umurambo wagaragaraga umuvugizi police y’igihugo theos badege avugako police y’igihugu imaze igihe ibona imfu nyinshi bityo akaba asaba umuryango nyarwanda kuzuzanya ugatekereza kibazo kimaze igihe kigaragara bakakirwanya bagakomeza kwihesha agaciro guhora bwicanyi ubwo twandikaga nkuru inzego police zari zimaze guta yombi abantu batatu bakekwaho kuba aribo bakoze bwicanyi abafashwe muhayimana jean uzabakiriho ildephonse kayumba nsengiyumva abaturanyi nsanzimana etienne bari maboko police station gihango police karere rutsiro ivugako hari ibimenyetso bigaragara bashobora kuba aribo ababikoze umuvugizi police y’igihugu avugako hari n’amagambo bantu batatu bakekwaho bwicanyi baravuze nsanzimana etienne mbere yuko yicwagusa iperereza rikaba rigikomeje vdaste nkikabahizi
4entertainment
u budage filime notre-dame du nil’ yegukanye igihembo iserukiramuco rikomeye berlinale
berlinale berlin international film festival iserukiramuco mpuzamahanga filime rikomeye gihugu cy’u budage mugabane w’u burayi yabaga nshuro berlinale mwaka yatangiye tariki tariki gashyantare izageza itariki werurwe aha filime notre-dame du nil’ yakomotse gitabo mukasonga scholastique ikaba yegukanye igihembo filimi nziza best film iyi filime yashibutse gitabo cyanditswe mukasonga umunyarwandakazi uba bufaransa cyasohotse kigahabwa ibihembo mpuzamahanga bibiri prix renaudot prix ahmadou kourouma muri gitabo mukasonga agaragaza itotezwa ryakorerwaga abakobwa b’abanyeshuri bakomokaga bwoko bw’abatutsi mbere jenoside yakorewe abatutsi umwanditsi avuga ibyabereye kigo cy’amashuri yisumbuye cyitwaga notre dame du nil cyari icy’abakobwa gusa nyuma y’imyaka umunani gitabo gisohotse ikigo gikora filime cyitwa les films du tambour kiyobowe marie legrand rani massalha kumwe n’umuhanga gutunganya filime atiq rahimi baje rwanda gukora filime ishingiye gitabo iyi filime yakiniwe karere musanze rutsiro ishuri murunda igaragarano abakobwa b’abanyarwandakazi bagera barimo amanda mugabekazi malaika uwamahoro albina sydney kirenga rubango belinda clariella bizimana
4entertainment
reba ibintu abagore baca inyuma abagabo ikibikwerekasoma inkuru
abantu bacana inyuma bw’impamvu zitandukanye ariko rusange guca inyuma mukundana bibi impamvu ariyo watanga ntabwo ikwiye kandi ntiyasobanura icyatumye ubikora niba warigeze gucibwa inyuma uzi bimera byunvikana wowe wabikorewe ni ukugushengura gihagararo mitekerereze yawe ndetse kugutesha agaciro niba umugabo usoma nkuru dore ibimenyetso bitatu byoroshye byerekana umugore wawe ashobora kuba aguca inyuma buri gihe yataye umutwe ubona atari hamwe abagore bazwiho kuba ibiremwa byitondera buri kintu kandi byumva cyane batanga byinshi bucuti n’umubano ariko ubona ukukunzi wawe atitaye cyane kubyo umubwira bivuze hari ikintu cyangwa muntu ukina mubitekerezo bye mu byukuri rimwe rimwe ashobora gutakara rwose bitekerezo ndetse ashobora gutakaza kuvugana nukuri ukabona asa n’udahari uvuga atabyitayeho niba asanzwe aguca inyuma birashoboka kandi azaba atekereza uburyo gutandukana bityo ashobora kugaragara nk’uwarangaye adahari yatakaje urukundo nubwo imibonano mpuzabitsina hagati yanyu yaba myiza gute aguca inyuma azabura inyungu yabyo gihe aramutse akundanye n’undi mugabo umutima n’ibitekerezo byigira ahandi nibwo uzabona yaratangiye gusa n’ukonje kandi ubona kure yawe cyane igihe cyose ashakisha urwitwazo kutagira umwanya wihariye yagirana guhora abaza gahunda y’umugabo abagore benshi babaza gahunda y’urugendo rw’umugabo wabo yifashe buri munsi kugirango bategure ibitunguranye bategure ifunguro nimugoroba cyangwa abaze buze gusohoka bibaye ngombwa ariko ahita ashishikazwa cyane gahunda yumugabo akifuza kumenya neza igihe aravira rugo n’igihe araza kugarukira rugo gihe ashobora kuba ateganya izindi gahunda ze mugaboumusore amusura cyangwa kumenya agiye hanze igihe bugarukire kugirango umugabo aze kumusanga rugo ntarabukwe posted by emmy kuri rwandapaparazzirwtv
3health
muhanga hatangijwe icyumweru cyahariwe ubuzima bapima abagore n’abakobwa
mu karere muhanga polyclinique ineza hatangijwe icyumweru cyahariwe ubuzima bapima abagore n’abakobwa indwara zitandura rusange mu karere muhanga polyclinique ineza hatangijwe icyumweru cyahariwe ubuzima bapima abagore n’abakobwa indwara zitandura rusange kubufatanye n’akarere muhanga ndetse n’abikorera rwego rw’ubuzima batangije icyumweru cyahariwe ubuzima bapima abagore indwara zitandura kanseri y’inkondo y’umura kanseri y’ibere kuri kabiri tariki werurwe ubuyobozi bw’akarere muhanga kubufatanye polyclinique ineza murenge nyamabuye akagari gahogo bateguye igikorwa gupima indwara zitandura ndetse gupima umuvuduko w’amaraso umuyobozi mukuru polyclinique ineza kabanda floribel avuga bishimiye kwakira gikorwa nkabikorera yagize ’ twumvikanye n’ubuyobozi bw’akarere dusanga tugomba gufasha abaturage kubavura indwara zitandura ntago kuba byarakorewe hano aricyo turusha abandi ahubwo n’ubufatanye n’akarere muhanga twigisha abaturage kandi birinda ndetse kwisuzumisha mbere bakareba ubuzima buhagaze kugirango bivuze baramaze kuremba ’’ dr kabanda floribel umuyobozi polyclinique ineza avugako basanzwe bapima abaturage buntu ntamafaranga babaciye mukagatana fortune umuyobozi w’akarere muhanga w’ungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage avuga mukarere muhanga mubikorwa bizamara icyumweru bikorwa byahariwe ubuzima ’ twaganirije abafatanya bikorwabikorwa bacu byubuzima gufasha abaturage kumenya bahagaze kubijyanye n’irwara zitandura karere kacu tuzibanda kubukangurambaga gutanga ubwisungane kwivuza ndetse kwigisha abantu uburyo rwara zifata ndetse kubapima rwara buntu ndetse gushishikariza abantu kuboneza urubyaro bakora barwanye malaria ndetse kwisuzumisha sida ’ mukagatana fortune akomeza avuga gikorwa kiri kubera buri murenge w’akarere muhanga kose buri kigo nderabuzima cyose umuyobozi w’akarere muhanga wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage yabasabye gukomeza kwipimisha bwinshi kugirango bamenye bahagaze kuva gikorwa cyatangira hamaze kuvurwa abagore n’abakobwa abasanze barwaye inkondo y’umura kanseri y’ibere abafite ikibazo cy’umuvuduko w’amaraso munsi wambere haba gikorwa basanze baranduye bafashwa guhambwa imiti ndetse kubahuza nibindi bitaro bagakomeza gukurikiranwa hatanzwe ibinini bivura inzoka buri muturage wese rwego kwirinda indwara zitandura ziterwa n’umwanda abageze zabukuru nabo bahawe binini nyuma gusuzumwa indwara zitandukanye umuyobozi w’akarere wungirije yashimye uruhare abikorera bagira gufasha leta kurinda abaturage amafoto muhizi olivier
1sport
manchester united ntambara itoroshye real madrid
mu gihe ikipe manchester united irimbanyije gukurikirana umunya portugal gelson martins w’imyaka real madrid yamaze kwitambika ivuga ishaka cyane musore martins umusore ukina asatira izamu anyuze ruhande afite amasezerano kugera summer ikipe sporting lisbon mwaka w’imikino amaze gutsinda ibitego bibiri n’imipira ivamo ibitego irindwi mikino nk’uko tubikesha marca musore yiyeretse ab’i madrid mkino champions league ikipe yazaga gutsindirwa bigoranye i bernabeu - yanditswe lucky van rukundomuhaburarw
1sport
champions league umukino psg dortmund uzabera muhezo
paris sant-germain bufaransa izakira borussia dortmund budage yayitsinze ibitego - mukino ubanza wabaye kwezi gushize polisi mujyi paris mbere yafashe icyemezo kubuza abafana b’iyi kipe kwitabira umukino rwego kwirinda ikwirakwiza ry’indwara iterwa coronavirus ubuyobozi paris saint-germain bwari bwatangaje bwakoze ubukangurambaga buhagije kugira umukino uzabe buryo bwiza bushoboka stade parc des princes yakira abantu ibihumbi yatewemo imiti ifasha kwirinda coronavirus umukino shampiyona wagombaga guhuza paris saint-germain strasbourg mpera z’icyumweru gishize ntiwabaye kubera ubwoba bw’iki cyorezo kugeza u bufaransa bumaze kugaragaramo abamaze kwandura coronavirus nk’uko bigaragazwa n’umuryango mpuzamahanga wita buzima oms u bushinwa korea y’epfo u butaliyani iran bihugu bifite benshi kuburusha undi mukino uefa champions league uteganyijwe gatatu uzahuza liverpool bwongereza atltico madrid umukino ubanza warangiye kipe espagne itsinze igitego -
4entertainment
tom close inyungu mbere nkura kuririmba ibyishimo by’umutima
muri cyumweru tom close yanditse wall urukuta rubuga facebook abaza abantu batekereza yanditse agira burya koko ntawe ukumenya kurusha wiyizi kandi kwisi ntawe ukora ikintu kimwe adafitemo inyungu niko namwe mubibona leave your comment ibyo byatumye bamwe nshuti ze ndetse n’abafana batanga ibitekerezo ndetse babona n’umwanya kumubaza ibibazo bitandukanye nk’uko bigaragara rubuga rwe facebook baramubajije arabasubiza umwe nshuti ze facebook yabajije tom close akora abikorera inyungu ze bwite yamubajije agira tom nkawe numutima nama wawe ukora byose n’abo ubikorera uba uharanira u’r benefits inyungu zawe tom close yamushubije avuga kubwe aririrmba mbere mbere kubera impano imurimo imutera kubikunda hanyuma akaba abifitemo inyungu kwinezeza hanyuma n’akazi n’amafaranga bikaza nyuma agira inyungu zanjye mubyo nkora byose zishingiye mbere mbere ibyishimo by’umutima hanyuma inyungu zindi kugira inshuti nyinshi akazi n’amafaranga nyamara ariko hari n’abandi bafaba bibaza azahitamo hagati kuba umuririmbyi kuba umuganga dore tom close yiga kaminuza nkuru y’u rwanda yiga ibijyanye n’ubuganga umwe bafana yamubajije kibazo agira none nakwibarizaga nkawe wibona gute mumyaka imbere tom close yaramushubije avuga atahita amusubiza ako kanya kuko agifite mwaka agomba kwiga ngo nawurangiza nibwo azatekereza kucyo agomba gukora kuko aribwo azaba umudogiteri byuzuye bijyanye n’ubuganga ngo ariko azagerageza kubikora byombi yagize nzi nzicara mahuriro yabyo byombi kimwe nzatatira kuko naba nararuhiye ubusa ngize ndeka norbert niyizurugero
1sport
kbc yatwaye igikombe cy’agaciro development fund
kbc yaherukaga kwegukana igikombe shampiyona yagaragazaga imbaraga kurusha espoir inayitsinda manota - kbc yabonye itike gukina umukino nyuma imaze gusezerera apr bbc manota - espoir yahabwaga amahirwe kwegukana igikombe yasezereye cercle sportif de kigali csk iyirusha cyane manota - mu guhatanira umwanya gatatu apr bbc yatsinze csk amanota - rwego rw’abagore apr bbc yegukanye igikombe itsinze kaminuza y’u rwanda bitewe n’uko bagore hari hitabiriye amakipe atatu gusa byabaye ngombwa amakipe atatu apr bbc rwandans allied for peace rapp kaminuza y’u rwanda zihura hagati yazo mini championnat ikipe ibonye amanota menshi kurusha ayandi igahabwa igikombe apr bbc yatsinze rapp - inatsinda kaminuza y’u rwanda - ihabwa igikombe gihe kaminuza y’u rwanda yegukanye umwanya kabiri kuko yatsinze rapp nyuma y’iri rushanwa amafaranga yinjiye kibuga azateranywaho miliyoni eshatu zakusanyijwe n’abanyamuryango b’ishyirahamwe ry’umukino basketball rwanda ferwaba ashyirwe kigega agaciro development fund theoneste nisingizwe
8culture
tete roca ntacyo nkora kinyuranyije n’umuco nyarwanda ndirimbo zanjye
abakunda kuvuga muhanzi akora ibinyuranyije n’umuco nyarwanda babivuga bagendeye mafoto yifotoza ndetse amwe ma clip-video y’indirimbo ze ngo asa n’uwambaye ubusa kandi ng’ubundi muco nyarwanda umunyarwandakazi agomba kwambara akikwiza tete roca avuga yifotoza ibisanzwe ngo kintu kidasanzwe gitandukanye n’umuco nyarwanda kiba kirimo agira wenda abantu batunguwe n’uko ubwa mbere babibonye batabimenyereye yongeraho abavuga yambaye ubusa mafoto yifotoza atari kuko kubwe yumva kwambara ubusa ukugaragaza amabere umukondo cyangwa se igitsina yongeraho n’abavuga ma clip-video zimwe ndirimbo ze yambaye buryo buteye isoni ntaho bihuriye ngo kuko n’ubundi asanzwe umukinnyi w’amakinamico yambara cyangwa se akina clip-video bitewe clip video ayikorera ndetse n’icyo kuririmba agira ntabwo nakora clip plage musenyi nambaremo jeans t-shirt kimwe n’uko ntashobora gukora clip ndi umuntu murima uguhinga njye guhinga nambaye bikini imyambaro bambara plage avuga bitajya bibaho umuntu anezeze abantu ngo umuntu ashobora gukora ibyiza n’ubundi ntabure ababinenga bavuga atari byiza ngo akora byose buhanzi bwe abikora akurikije umutima nama n’inama abandi bantu bamugira ikindi agiye gukora clip-video y’indirimbo abanza akabaza abafana akoresheje urubugwa facebook nabo bakamugira inama hanyuma ibitekerezo by’abafana akabihuza n’iby’abamenyereye ibya muzika bamubwiye agakuramo ibifite akamaro akaba aribyo akurikiza ikindi ndirimbo ze ataririmba amagambo adakwiye ngo kuba yaba akora ibinyuranyije n’umuco nyarwanda siko abibona nyamara ariko abakunzi b’umuziki nyarwanda bakomeza kuvuga tete roca yifotoza cyangwa se yambara amwe ma clip-video y’indirimbo ze bidakwiye umunyarwandakazi niyizurugero norbert
1sport
ikipe y’ u rwanda amavubi izakina na benin kuwa ukwakira
uyu mukino uzaba itariki ukwakira gihe ikipe y’u rwanda yamaze kumenya n’ubwo yatsinda mukino itazajya mikino nyuma guhatanira igikombe ikipe y’igihugu benin iramutse itsinze yazashyirwa makipe yitwaye neza afite umwanya kabiri ikaba yazashobora kujya mikino nyuma muri tsinda ririmo andi makipe abiri u burundi ivory coast ivory coast yamaze gufata umwanya mbere bidasubirwaho u burundi burwanira umwanya kabiri benin ikipe y’u rwanda ikaba ijyanwe benin gushaka ishema ry’ u rwanda kugarurira ikizere abanyarwanda kuko mikino itatu yakinnye marushanwa yatsinzwe imikino ine itsinda umukino umwe wonyine abakinnyi cumi n’umunani amavubi azifashisha gushakisha intsinzi benin batangajwe n’umutoza eric nshimiyimana ndoli jean claudejean luc ndayishimiyeeric gasanaismail nshutimagarangabo albertndaka fredysibomana husseinkalisa maoharuna niyonzimasina jeromemugiraneza jean baptistecharles ntibinganaandrew buterairanzi jean claudeuzamukunda eliaskagere medyjacques tuyisengeolivier karekezi twizeye basore b’ u rwanda bazatsinda mukino bakaduhesha agaciro nk’abanyarwanda mutijima abu bernard
7tourism
ibigo nyarwanda byacanye umucyo imurikagurisha ry’ubukerarugendo buholandi amafoto
ni imurikagurisha riri kuba nshuro ryabereyemwo gahunda zitandukanye bijyanye kumenyekanisha u rwanda ryitabiriwe n’ibigo rwanda bitandukanye bikora ibijyanye n’ubukerarugendo n’izindi serivisi zijyana nabwo ryitabiriwe mwaka n’ikigo cy’igihugu cy’iterambere rdb sosiyete nyarwanda y’ubwikorezi kirere rwandair ambasade y’u rwanda buholandi n’ibigo by’ubukerarugendo birimo amahoro tours palast tours and travel heritage safaris wildlife tours-rwanda umuyobozi w’ishami ry’ubukerarugendo rugaga rw’abikorera psf rutagarama aimable yabwiye igihe kwitabira iryo murikagurisha ubundi uburyo bwiza kongera abakerarugendo basura u rwanda yagize turashimira rwose leta y’u rwanda uburyo idahwema kudufasha gushyiramwo imbaraga ubukerarugendo bukomeze butere imbere kandi natwe tubukora tukagiramo inyungu yakomeje agira iyo urebye myaka ishize biragaragara cyane ubukerarugendo bwateye intamwe igaragara natwe umuntu giti cye twe tubukora nk’umwuga ugushyiraho akacu ntitubiharire gusa leta twongera ingufu n’umubare w’ibigo bikora ubukerarugendo dukomeza kubaka amahoteli n’ibindi bijyanye kwakira abantu muri gahunda kumenyekanisha u rwanda izwi visit rwanda’ abahagarariye ibigo rwanda beretse bagenzi buholandi amahirwe bukerarugendo bw’u rwanda n’uko yabyazwa umusaruro abayobozi baryitabiriye barimo ambasaderi w’u rwanda buholandi karabaranga jean pierre umuyobozi rdb ushinzwe kumenyekanisha ubukerarugendo mutesi linda ildephonse kambogo ushinzwe ibijyanye n’ubusesenguzi by’ubukerarugendo vakantiebeurs imurika rifatwa nk’amahirwe bukerarugendo bw’u rwanda gukorana n’ubw’u buholandi n’andi masoko akomeye yabufasha gutera imbereumuyobozi uhagarariye visit rwanda buholandi harry betist yagize ni umwanya mwiza guhura n’abafatanyabikorwa bacu kwishimira intambwe ubukerarugendo bumaze gutera kureba itasubira inyuma’’ kuri isoko ryo buholandi riza myanya umunani mbere kugira abakerarugendo benshi bakorana n’u rwanda abarusura biyongereyeho bavuye bagera ibi bikorwa by’imurikagurisha rigamije kumenyekanisha ubukerarugendo bw’u rwanda byiyongera bikorwa bikomeye kubumenyekanisha birimo amasezerano rwasinye n’amakipe arsenal paris st germain ndetse filime rwanda the royal tour email protected
0politics
ndererehe yafatiwe cyuho atetse kanyanga
umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge mayange nkurunziza francois avuga mugabo yatawe yombi nyuma kubona amakuru yavugaga ndererehe yengaga inzoga kanyanga yagize dufatanyije n’inzego z’umutekano twamuguye gitumo dusanga yatangiye guteka ariko inzoga itaraboneka ndererehe arabyemera akabisabira imbabazi ndetse akavuga atazongera kubikora kuko n’ubusanzwe yarabiretse nkurunziza avuga ukubeshya kuko atigeze abireka namba kuko amakuru bafite ndererehe amaze amaze arenga atanu ateka kanyanga nkurunziza avuga kugeza munsi bamaze kumena litilo zirenga ibihumbi bibiri kanyanga gusenya inganda zenga zirenga ndetse guta yombi abarenga mu murenge mayanjye ufatiwe cyuho ateka kanyanga acibwa ihazabu y’amafaranga ibihumbi uyicuruza acibwa ihazabu y’amafaranga ibihumbi uyinywa agacibwa ihazabu y’amafaranga ibihumbi itegeko rihana abakora abacuruza n’abanywa inzoga kanyanga ntirirashyirwa gitabo cy’amategeko ahana kuko rikiri nteko ishinga amategeko egide kayiranga
1sport
caf confederation cup as kigali yatsindiye kmc i dar es salaam irayisezerera
ikipe as kigali yitwaye neza cyane mukino kwishyura caf confederation cup isezerera kmc y’i dar es salaam tanzaniya iyitsindiye iwayo ibitego - ikatisha itike iyerekeza ijonjora kabiri ni umukino wagiye gutangira as kigali idahabwa amahirwe nyuma y’uko umukino ubanza wabereye i kigali yananiwe kureba izamu umukino ukarangira amakipe yombi aguye miswi - gusa izuba rikaze ry’o tanzaniya abasore b’umutoza eric nshimiyimana binjiye neza mukino munota kalisa rachid yikpe yaguze kiyovu sports afungura amazamu gihe nsabimana eric zidane yaje guterekamo igitego kabiri munota igitego cy’impozamarira kmc cyatsinzwe ndikumana yusuf penaliti munota mu ijonjora rikurikira as kigali ishobora guhura proline fc uganda yatsinze umukino ubanza ikipe masters security ibitego - ariko hakaba hategerejwe umukino kwishyura gatandatu
4entertainment
legacies music ntego guteza umuziki imbere yamaze gusinyisha abahanzi
legacies music group bahanzi yamaze gusinyisha harimo umukobwa umwe n’abahungu batatu abo bahanzi bamaze kwinjira label lang santana milado wom boy ndetse n’umukobwa witwa isimbi lenah aba bahanzi bane bamaze kwerekana ibikorwa muzika umwe amaze gusohora indirimbo gihe cy’iminsi label imaze itangiye legacies music group ikorera mujyi kigali murenge gikondo yatangarije byinshi inyarwanda byerekeye intumbero kuzamura muzika nyarwanda guteza imbere abahanzi bayibarizwamo umwe bashinze legacies music group aimable ruzibiza aganira n’itangazamakuru yavuze igitekerezo gutanziza nzu ifasha abahanzi cyavuye yavuze bagenzi batangije nzu basanzwe bakora ibijyanye muzika bagira igitekerezo kureba bazamura abahanzi bafite impano aimable ruzibiza yabajijwe intego bafite legacies music bahanzi muzika nyarwanda avuga ugukora ibishoboka byose umuziki ugafata indi ntera yagize intego dufite ukuzamura impano nshya z’abahanzi batandukanye kuzamura umuziki nyarwanda tukawugira mpuzamahanga byose tuzabigeraho bufatanye bw’abakunzi b’umuziki nyarwanda ni kenshi usanga hari inzu zifasha abahanzi ziza ariko gihe gito zigasa n’izacitse intege bikarangira zihagaze ariyo mpamvu inyarwanda yabajije umwihariko n’ingamba nzu legacy music ifite kugira ishinge imizi kuzamura abahanzi nyarwanda yagize icyo navuga tumaze gusinyisha abahanzi bane twagiranye amazeserano y’imyaka ibiri ubu buri muhanzi afite indirimbo ebyiri ziri hanze izindi ziracyari studio icyerekana imbaraga nk’abantu batangiye legacies music uku kwezi umwihariko label yacu ifite ibintu byose tubikorera itsinda kandi abahanzi n’abakora indirimbo producers tuba hamwe kugira dusangire ibitekerezo kandi abahanzi bacu bafite abantu babakurikirana buzima buri munsi ibisabwa kugira umuntu yinjire label legacies music group agomba kuba afite impano kuririmba nk’uko babitangarije itangazamakuru santana milado umuhanzi lang abarizwa legacies music group isimbi lenah ubarizwa legacies music group wom boy wamaze kwinjira legacies music group kanda hano wumve indirimbo ifeza ya wom bwoy ft santana milado kanda hano wumve indirimbo reka genda ya lang
3health
birababaje kuba hari bana bacyandagaye mihanda - perezida paul kagame
mu mwiherero w’abayobozi bakuru b’igihugu bateraniye i gabiro karere gatsibo perezida kagame yavuze bibabaje kuba hari abana bacyandagaye mihanda batagira kirengera yavuze atiyumvisha impamvu inzego zishinzwe gufasha abana zitabikora kandi hari inama nyinshi zagiye zifatirwamo imyanzuro y’uko bafashwa buryo burambye muri mwiherero umukuru w’igihugu yavuze aherutse gusoma kinyamakuru uburyo ikibazo cy’inzererezi gihangayikishije kandi ubwe arazibona bikamubabaza perezida kagame yabwiye abayobozi bitabiriye mwiherero bitangaje kuba banyura bana barimo abahetse abandi ariko bakikomereza nk’aho batanababonye ntibagire babikoraho yagize ko umuntu atambwira twabuze amikoro atari kivugwa habaye ababishinzwe ndibaza mwabidusubiza habaye buryo umuntu ahora abona muhanda abana badafite babayeho mu minsi ishize minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango migeprof yabwiye ikinyamakuru izuba rirashe ikemura kibazo byumweru bibiri ariko byumweru birangira abana bakiri benshi muhanda hirya hino mujyi kigali perezida kagame yavuze usibye n’ubuzererezi abana mihanda baranabaswe n’umwanda buryo umuntu abanyuraho akumva atiyumvisha abanyarwanda ati ko twashyizeho gahunda y’isuku abana umuntu asanga muhanda akavuga bana si abacu mwese mukabanyuraho ntihagire n’usubira inyuma avuge hariya hari ikibazo biraterwa n’iki yunzemo ntimugira amaso abona ikibazo mugikemure ubwo se amaso muyateze baterankunga ubwo se abaterankunga bagiye kujya babaha n’amaso kubona perezida kagame yibajije impamvu bene bana batajyanwa bigo iwawa ahagororerwa abana b’inzererezi n’abandi bafatwa nk’ibirara bakanahigishirizwa ubumenyingiro nko kubaza kudoda n’ibindi yibukije ikigo iwawa giherereye kiyaga kivu cyashyirwagaho u rwanda rwanenzwe n’amahanga ariko umusaruro cyatanze wagakwiye kuba utuma n’abandi bana bakizerera bakijyanwamo umubare w’abana b’inzererezi gihugu ntuzwi ariko bene bana bagaragara gihugu hose mu gishanga nyabugogo harara abana bavuga bamaze imyaka myinshi nk’uko babisobanura video ikurikira perezida kagame yagarutse kibazo cy’icuruzwa ry’abantu avuga bibabaje kuba abantu bagurishwa nk’ibicuruzwa avuga ikibazo abayobozi bagizemo uburangare ati abana b’abanyarwanda b’abanyafurika bacuruzwa bate nk’ibicuruzwa ko tubivuze kenshi abana b’abakobwa bacuruzwa gute biba mukabyemera ni gute mwicarana mugatuza mugatimaza habuze yavuze bifitanye isano n’ikibazo nanone cy’abagabo bahohotera abagore avuga nubwo haba hari ahandi abagore bahohoterwa kurusha rwanda bidasobanuye abanyarwanda bakwiye kwihanganira kubona umugore n’iyo yaba umwe ahohoterwa yashimangiye bibabaje kuba hari n’abo yumva barabimenyereye umugore akaza kazi yakubiswe afite uruguma bamubaza akabeshya yagiye akubita umutwe kukandi bamukubise akagenda akaba perezida kagame yavuze amakosa kuba umuntu yahohoterwa akabifata nk’ibisanzwe aburira abagabo bakubita abagore bagiye kujya bahura n’uruva gusenya muri mwiherero perezida kagame yanenze cyane hari ibibazo byinshi biba byarafashweho imyanzuro nama zagiye ziba bihe byashize ariko ntibikemurwe yavuze mwiherero mwiherero abagaragayeho amakosa bazayaryozwa buryo bukomeye buryo bamwe bazahava inkomere yise cyongereza casualties uyu mwiherero witabiriwe n’abayobozi bakabakaba umwiherero ukaba umuhango ngarukamwaka uhuza abayobozi bakungurana inama y’uburyo bakwihutisha iterambere ry’igihugu yanditswe ubwanditsimuhaburarw
6technology
nzeyimana isidore yahimbye ishyiga kijyambere tekutangije
iyo mbabura ishobora guteka ibintu byinshi inshuro ibiryo mashyiga inyotse ziba zashyizwe ifuru ndetse n’amazi umuntu ashobora gushyushya gasiterine uretse kuba tekutangije ishobora guteka ibintu bitandukanye icyarimwe ifite akarusho kurondereza inkwi tekutangije ifite amashyiga abiri kandi buri shyiga rifite bashyira inkwi hagati y’amashyiga hari ifuru inyuma y’ibyo byose hakaba agasiterine gashyushya amazi nyezimana sobanura buri shyiga rijyamo ingeri sentimetero yemeza ingeri esheshatu zigahisha inkono enye ebyiri mashyiga ifuru siterine ikindi cyiza tekutangije umutetsi aticwa n’imyotsi kuko ifite uruhombo rurerure rujyana umwotsi kure akandi karusho shyiga riba riri kumwe n’ubwogerezo bumwe cyangwa bubiri lavabos bitewe n’icyifuzo cy’uyishaka hamwe n’ameza guteguriraho guteka ibyo byose imbabura n’ibiyiherekeje bikoze aluminium nzeyimana asobanura amashyiga akora arimo ibyiciro bitatu bitewe n’ingano y’amazi ashobora gushyushya irinini rishobora gushyushya litiro rikaba rigura hagati irikurikiyeho rishobora gushyushya litiro rikagura hagati y’amafaranga iritoya rishobora gushyushya litiro rikaba rigura hagati y’amafaranga uretse tekutangije nzeyimana isidore akora muvero zifashishwa gutekera abanyeshuri shodiyeri chaudire zikora vaperi vapeurs n’ibindi intego ukurengera ibidukikije nzayimana umwe bitabiriye ibiganiro bushakashatsi mpuzamahanga gukoresha ingufu tubungabunga ibidukikije yateguwe kaminuza nkuru y’u rwanda iherereye karere huye ibi biganiro byatangiye tariki bikazarangira tariki ugushyingo kakunze alfred
1sport
christiano ronaldo yavuze imyato zinedine zidane ikubitiro
akimara gutsinda ibitego mukino wahuje ikipe real madrid espanyol barcelona christiano ronaldo yahise atangaza umutoza wabo mushya zinedine zidane afite akazoza ndetse atandukanye cyane n’abandi batoza bagiye batoza kipe real madrid kuva igihe mufaransa zidane yasimburiye rafael binitez kipe real madrid imaze kubona amanota icumi mikino ine ikaba yaratsinzemo ibitego ibitego cumi birindwi byose ronaldo avugana n’itngazamakuru yagize atiikipe gukora neza byumweru bine bishizetwari tubikeneye kera ariko twatangiye nabi tugira ingendo nyinshi pre-saesonggusa zizuo yazanye ibitekerezo bitandukanye kandi tugomba gukomerezaho yakoze akazi kendumvameze nezaturigutsinda mbese byose biragenda nkuko byateguwe zidane christiano ronaldo myitozo i madrid ibi ariko byanatijwe umurindi n’isezererwa real madrid gikombe cy’umwami copa del rey kubera gukinisha umukinnyi utemerewe gukina zidane yagize atitwari dufite igihe gukora mu byumweru bitatu ikipe irikumera neza kubijyanye n’imbaraga kandi ingenzi ngeuburyo dukina ntacyo buntwaye gusa dukeneye kubinoza ndetse guhuza kuko championsleague nitangira mwanya tuzongera kubona kwigandishimye n’abakinnyi barishimye bw’impinduka iyi ntsinzi yatumye basigarana ikinyuranyo cy’amanota ane inyumaya barcelona yatsinde atletico madrid - byaba amahira kurushaho gihe umubano waba ntamakemwa hagati zidane bbc balebenzema christiano kuko bimaze kugaragara koumusaruro uba muke bwumvikane yanditswe rukundo xavermuhaburarw
10religion
zion temple yamaganye abakwirakwiza amashusho agamije guharabika izina gitwaza
mu gitondo kuwa ukwakira nibwo mbuga nkoranyambaga hatangiye gukwirakwizwaho amashusho y’umuyobozi w’itorero zion temple isi aptre dr paul gitwaza amugaragaza avuga abakirisitu basengera itorero rye bazajya ijuru abatahasengera ishyano ribaguyeho mu gitondo kuwa ukwakira nibwo mbuga nkoranyambaga hatangiye gukwirakwizwaho amashusho y’umuyobozi w’itorero zion temple isi aptre dr paul gitwaza amugaragaza avuga abakirisitu basengera itorero rye bazajya ijuru abatahasengera ishyano ribaguyeho inkuru igezweho whatsapp facebook twitter ijyanye n’akavidewo k’amasegonda kakwirakwizwaga abatari bake bongeye kwikoma aptre dr gitwaza bavuga inyigisho ze zikomeje kuyobya abakirisitu iby’aya mashusho yanenzwe n’abatari bake ndetse bakanamwuka inabi aptre gitwaza kaje nyuma y’igihe gito nanone muvugabutumwa yongeye kugarukwaho bamunenga kwigamba muhanuzi mbere rwanda afurika icyo gihe yaribasiriwe bikomeye ikiganiro mbuga nkoranyambaga ndetse bitangazamakuru rwanda nyuma kubona ibyiriwe bivugwa aptre dr gitwaza cyumweru itorero rye ryasohoye itangazo ry’amagana ibikomeje gukorerwa muvugabutumwa bagaragaza biri gukorwa n’ababifitemo inyungu bagamije kwangizaz isura y’itorero rye ndetse n’izina rye rusange muri tangazo ryasinyweho ngabo fabien david ushinzwe itangazamakuru torero zion temple yavuze amashusho yakwirakwijwe akantu gato bakase bayakuye nyigisho bituma gahabwa inyito y’ubutumwa atari yashatse gutanga iri tangazo ryavugaga abakomeje abakora ibikorwa nk’ibi bagamije gusenya ivugabutumwa kuzana ubushyamirane hagati y’amatorero gikirisitu kwangiza isura y’itorero aptre dr gitwaza abereye umushumba guharabika izina rye bwite nk’umuntu ugoreka ukuri kw’ijambo ry’imana abakase agace kakwirakwijwe bakavanye nyigisho nzeri yagarukaga nsanganyamatsiko ivuga kuri kutuzuye’ mukozi w’imana yavuze hari ukuri bitekerezo gutuma abantu intagondwa bagatsimbarara bemera yakomoje bakirisitu bavuga abandi batazajya ijuru ndetse bagiye kurimbuka usanga basenga bibwira bahuje imyemerere aribo gusa bazagororerwa gitwaza yagize umukirisitu akavuga nitwe twenyine tuzajya ijuru akabyakira gutyo yabona abandi akibwira bagiye kurimbuka muri azi abandi badasenga ariwe usenga uko ukuri kwe yaryamyeho kandi afite igice cy’ukuri kwako kuko asenga ariyiriza ntakora icyaha kandi akunda yesu yumva abameze nkawe aribo bazajya ijuru ni imitekerereze abantu bafite yavuze hari abantu b’intangondwa batemera abandi kubera ukuri bagenderaho ati tujye ngingo yacu mpagaze nkavuga abakirisitu zion bazajya ijuru gusa abadasengera zion ishyano ribaguyeho nkabivuga zindi nyungu mfite ahubwo mbyizera bamwe bakaza kumbaza igituma mbivuga nanjye nti tubigisha ijambo ry’ukuri hanze badafite itangazo ryamagana ibikomeje gukorerwa aptre dr gitwaza
6technology
bwa mbere myaka icyenda icyogajuru cyagiye isanzure gihagurukiye butaka amerika
hari hashize imyaka icyenda cyogajuru gihagurutse butaka amerika kijyanye abanyamerika isanzure gusa byashobotse nyuma y’icyo gihe kinini cyari gishize muri myaka ishize abanyamerika bajyaga isanzure bakoresheje ibyogajuru by’abarusiya ndetse akaba ariho banakoreraga imyitozo ibintu byatwaye amerika miliyoni z’amadolari iki cyogajuru cyagombaga kuba cyaroherejwe isanzure gatatu w’icyumweru gishize gusa biza gusubikwa nyuma kubona kirere harimo imirabyo gahunda ishyirwa gatandatu cyohererejwe leta florida ahari ikigo kimwe icumi nasa bigenzura ibijyanye n’isanzure cyitwa kennedy space center kohereza cyogajuru bitumye amerika itera indi ntambwe rugendo ruganisha kuba mukerarugendo bashobora kujya isanzure iki cyogajuru cyari gitwaye robert behnken w’imyaka douglas hurley bazamara isanzure amasaha cyahagurutse z’ijoro gatandatu isaha y’i kigali iki cyogajuru kiri mushinga spacex witwa dragon cyari kimaze imyaka gikorwa
3health
menya ibisobanuro by’inzozi igihe urota kwiruka
ni kenshi abantu bakunze kugira inzozi ariko zikababera amayobera muri uru ruhererekane rw’inkuru tuzajya tubagezaho ibisobanuro zimwe nzozi zikunze guhurirwaho benshi uyu munsi twabahitiyemo inzozi kwiruka buryo butandukanye zikaba ziri mwanya nzozi zirotwa n’abantu benshi nk’uko byagaragajwe n’ubushakashatsi bwakozwe kaminuza berne busuwisi dore bimwe bisobanuro by’inzozi kwiruka’ kwiruka wenyineiyo urose wiruka ariko ukabona wenyine rukumbi ntawundi kumwe biba bisobanuye wowe wifitiye icyizere nubwo waba ufite ibibazo ukaba wumva byagenda kose ibyiza biri imbere kubona abana birukabenshi bibwira barose babona abana biruka biba bivuze bifuza kuba ababyeyi cyangwa ibisa nabyo ariko siko biri ahubwo kuko abana isoko y’umunezero kubarota biruka biba bivuze umuntu unezerewe kandi wishimiye ubayeho minsi kwiruka uzi ugana kwiruka uzi neza ugana n’inzira ihakugeza bisobanura ibyifuzo byanyu mugiye kubigeraho mbese bivuze murimo gukoresha imbaraga zanyu zose mugere kubyo mwifuza kandi mufite icyizere kubigeraho cyane cyane murebeye kubyo mumaze kugeraho kwiruka mwanziibi bigaragaza icyizere mwifitiye kwihagararaho kutemera kuvogerwa uko kubirukankana bigaragaza kugenda mugera kubyo mwifuza kwiruka utazi ujya ibi bisobanuye bihe byanyu bibi ndetse mushobora gutakaza amafaranga mbese urose wiruka utazi ujya cyangwa wizengurukaho biba bivuze uhangayikiye umutungo wawe cyangwa utizeye umutekano wawo kwiruka wambaye ubusa ibi bisobanura hari ushaka kubagambanira nshuti zanyu mbese muba mumaze iminsi ntacyizere mufitiye ababazengurutse kandi akenshi bikunze kubaho bityo muba musabwa kwirinda gushishoza kwiruka ariko utava uriizi nzozi benshi bahuye nazo uba ushaka kwiruka ariko ibirenge bikanga biri izi nzozi ziba zisobanuye mufite byinshi bibabuza gutera imbere buzima bibaturutsemo ubwanyu nk’amarangamutima ubwoba cyangwa isoni kwiruka uhungaizi nzozi zisobanuka neza uzi ukwirukaho iyo utamuzi cyangwa utamubona biba bivuze hari nk’inshingano cyangwa ikibazo urimo guhunga buzima niba ukwirukankana umuntu uzi biba bivuze muntu utinya hari ibanga ryawe yamena cyangwa se akagira iryo avumbura buzima bwawe bwite bityo ukaba ushakisha uburyo kumuhunga yanditswe habarurema djamali
0politics
urubanza rw’umuyobozi w’ ikinyamakuru umurabyo ruzasubukurwa umwaka utaha
urukiko rwabitangaje gatatu tariki ugushyingo rukiko rwikirenga kimihurura abaregwaga bahageze biteguye kuburana ariko ubushinjacyaha bukabura agnes nkusi uwimana mugenzi bajuririye rukiko rw’ikirenga nyuma yaho urukiko rukuru repubulika ruhamije agnes ibyaha yaregwagwa n’ubushinjacyaha akatirwa igihano gufungwa imyaka n’ihazabu y’amafaranga ibihumbi agnes uwimana akurikirankweho ibyaha gupfobya jenoside kuvutsa igihugu umudendezo gusebanya n’amacakubiri umwanditsi mukuru w’iki kinyamakuru umurabyo saidath mukakibibi urukiko rukuru rwari rwamukatiye igihano gufungwa imyaka kuri kabiri kandi hari hateganyijwe urundi rubanza rw’umukuru w’ishyaka ps imberakuri bernard ntaganda uru rubanza narwo ntirwabaye kubera ubushinjacyaha butabonetse tariki gashyantare mwaka urukiko rukuru rwari rwakatiye bernard ntaganda igihano gufungwa imyaka kubera ibyaha akurikirankweho birimo kuvutsa igihugu umudendezo gukora imyigaragambyo itemewe ndetse n’amacakubiri eric muvara
7tourism
ba mukerarugendo batangiye gupimwa coronavirus mbere gusura ingagi
kuri kane tariki werurwe nibwo rwego gukumira icyorezo coronavirus cyugarije isi abakozi b’ibitaro ruhengeri bufatanye rdb n’ikigo cy’igihugu cy’ubuzima rbc batangije igikorwa gusuzuma mukerarugendo basura pariki y’igihugu y’ibirunga umuyobozi mukuru rdb clare akamanzi yabwiye igihe byose biri gahunda guverinoma y’u rwanda yafashe gukumira cyorezo cyagera butaka bw’u rwanda yavuze rdb yafashe ngamba kugira abajya birunga bapimwe harengerwe ubuzima bwabo ubw’ingagi n’ubwabaturiye pariki abahanga bagaragaza abantu n’ingagi bafite byinshi bahuza buryo bashobora kwanduzanya indwara akamanzi avuga nyuma y’aho gikorwa gitangiriye mukerarugendo babyishimiye kuko bibaha umutekano w’ubuzima bwabo yagize nk’uko mubizi ikibazo kibangamiye isi niyo mpamvu dufatanyije rbc twatangiye gupima abantu bajya gusura ingagi tubungabunge umutekano wazo ndetse n’abaturage baturiye hariya n’abanyarwanda rusange yavuze ikindi barimo gukora abantu bajya gusura ingagi babanza bagakaraba intoki bakagira isuku kumenya buri muntu igihugu avuyemo kugeza rbc yashyizeho itsinda ry’abaganga bahoraho n’abandi bashobora kuryunganira igihe bibaye ngombwa bapima ibimenyetso coronavirus buri muntu wese uvuye hanze y’u rwanda cyane cyane bushinwa cyangwa bikekwa yahageze kandi bashobora gutanga ubufasha muntu babisangana rdb yashyizeho amabwiriza uburenganzira abakerarugendo batemberera rwanda kuba bahindura amatariki gusura ingagi gihe kitarenze imyaka ibiri rwego guhangana coronavirus iki kigo giheruka gutangaza amabwiriza azagenderwaho gihe hari abakerarugendo bashaka gusubika cyangwa kwimura ingendo zabo itangazo rivuga hakuweho uburyo umuntu yamenyeshaga mbere y’iminsi irindwi kugira asure pariki hakuweho iminsi yagenwaga ikigo gitembereza mukerarugendo kibe cyamenyekanishije bishyuye’’ rikomeza riti abakerarugendo bifuza gusubika uruhushya baguze gusura pariki kubera ihagarikwa ry’ingendo z’indege cyangwa bakumiriwe gukora ingendo ahantu runaka bitewe coronavirus bafite igihe cy’imyaka ibiri kwimura itariki bafashe bidasabye ikindi kiguzi abaguze impushya gusura pariki mezi atabamo mukerarugendo benshi bashobora guhindura igihe bagombaga gusurira ingagi bagahitamo ikindi gihe nk’icyo bitarenze imyaka ibiri abakerarugendo bagombaga kwitabira inama baguze impushya giciro kigabanyijwe bemerewe kwigiza inyuma impushya baguze bakaba bazikoresha kindi gihe bahitamo myaka ibiri’’ iri tangazo rigaragaza uburenganzira bwatanzwe gihe butarahindurwa bwemerewe gukoreshwa gihe cy’amezi atandatu uhereye igihe werurwe ryashyiriweho umukono kandi urwo ruhushya rugakoreshwa myaka ibiri imibare igaragaza abantu bamaze kwandura virusi isi bamaze kwitaba imana ibarura ryakozwe ryerekanye rwanda habarurwaga ingagi ziba miryango bingana n’izamuka kuko zavuye mwaka guverinoma yihaye intego inyungu u rwanda ruvana bukerarugendo izagera miliyoni zivuye miliyoni yinjiye mu gitondo cyuyu munsi rwego gukumira icyorezo koronavirusi covid abakozi bibitaro ruhengeri bufatanye rdbrwanda ndetse rbcrwanda twatangije igikorwa gusuzuma mukerarugendo basura pariki yibirunga rwandahealth gatjmv nsanzimanasabin pictwittercomncezsuu ruhengerireferralh ruhengerirefer march
10religion
arabie saouditeabava rdc bahagaritswe kujya gukora umutambagiro mutagatifu i maka
arabie saoudite yatangaje yabaye ihagaritse gutanga viza baturage repubulika iharanira demokarasi congo bashaka gukora ingendo nyobokamana gihugu itangazo guverinoma arabie saoudite yatanze ibicishije minisiteri y’ububanyi n’amahanga yavuze gutanga viza kuba-nyekongo babihagaritse kubera kubungabunga umutekano w’abantu basura gihugu itangazo rigira riti gutanga viza bantu baturutse repubulika iharanira demokarasi congo byahagaritswe kwita mibereho myiza y’abakora ingendo nyobokamana uyu mwanzuro wafashwe nyuma y’uko umuryango mpuzamahanga wita buzima oms utangarije icyorezo ebola kimaze iminsi congo gihangayikishije isi umuyobozi w’abayisilamu congo djuma twaha yatangarije bbc hari abantu bagombaga kugirira urugendo rutagatifu mujyi mecque kwezi gutaha oms iherutse gutangaza icyorezo ebola congo gihangayikishije ariko ibuza ibihugu kudashyiraho amabwiriza akumira urujya n’uruza rw’abantu cyangwa ibicuruzwa abantu basaga nibo bamaze guhitanwa ebola cyorezo cyakwaduka congo kanama niyomugabo albertmuhaburarw
0politics
nyabihu hafashwe ingamba guca ubujura mudugudu kabaya
abarara irondo bagiye gukorerwa imyenda izajya ibaranga buryo hatazagira uwitwikira ijoro akaba yakwiba yitwaje urara irondo aba bazajya barara irondo bakaba bazajya bagenerwa n’amatoroshi azajya abafasha kazi kabo ndetse hakaziyongeraho telefone y’irondo izajya ibafasha gutumanaho igihe habaye ikibazo abaraye irondo bakazajya bajya gufata bikoresho muyobozi ushinzwe umutekano mudugudu bazajya basinya bagiye irondo batwaye n’ibikoresho bisabwa hanyuma bagaruka barivuyeho bakabisubiza umuyobozi w’umutekanobagasinya barivuyeho umuyobozi wungirije w’umudugudu kabaya akaba asanga intambwe izabafasha guca ubujura burundu mudugudu wabo akaba yanaboneyeho gusaba buri muturage kuba ijisho ry’umutekano mugenzi rwego guhashya ubujura n’ibindi bikorwa by’ubugizi nabi bwaboneka mudugudu uyu mudugudu kabaya umwe midugudu mike y’umurenge bigogwe utagiraga abarara irondo izi ngamba zafashwe rwego guca kibazo cy’ubujura bukabije mudugudu kabaya murenge bigogwe ubwo bujura bushingiye kwiba ibikoresho bikozwe byuma ndetse kwiba ibirayi mirima y’abaturage nk’uko bamwe baturage by’uyu mudugudu kabaya bagiye babigarukaho kenshi ubujura bubera mudugudu bushingiye ahanini bucuruzi bwahadutse kugurana ibigori n’ibisheke umuturage kabaya atanga ibirayi hanyuma ab’ahandi bakamuha ibisheke ibyo bituma bamwe baturage gito badafite ibirayi cyangwa batahinze bitwikira ijoro bakirara mirima y’abahinze bakiba ibirayi kugira babashe kubona bagurana ibisheke ibi bikunze gukorwa ahanini n’abana ikindi hasigaye harimo ubucuruzi bw’abantu bagura ibikoresho bikozwe byuma bikaba bituma benshi bibwa ibikoresho byabo byiganjemo ibikozwe byuma kandi bujura bukaba bumaze gufata intera ndende safari viateur
0politics
ngoma yafatiwe cyuho ateka kanyanga
umunyamabanga nshingwa bikorwa w’umurenge mugesera bizumuremyi jean damascene avuga basanze habineza arimo guteka kanyanga kandi yiyemerera asanzwe akora murimo habineza yemeza aramutse ahawe imbabazi atazongera kubikora habineza yafatanwe ijerekani kanyanga arimo ateka hamwe n’ibikoresho akoresha kuyiteka birimo ingunguru n’ibindi bizumuremyi avuga ibikorwa guteka nzoga kugeza ifatwa nk’ikiyobyabwenge yemera hari abantu bayicuruza murenge ayobora ariko hamwe n’inzego z’abaturage zirimo community policing batanga amakuru bagafatwa kandi bazajya bashyikirizwa ubutabera yagize guca biyobyabwenge si ikintu cyoroshye ariko turizera dufatanije n’abaturage baduha amakuru bizashoboka tuzice kuko zitera umutekani muke ndetse murenge wacu guteka cyangwa gucuruza kanyanga icyaha gihanirwa rwanda kuko kanyanga ifatwa nk’ikiyobyabwenge raporo zishyirwa ahagaragara yaba kurwego polisi cyangwa inzego zibanze bigaragara ibiyobyabwenge kanyanga urumogi ndetse n’ibindi aribyo biza isonga guhungabanya umutekano birimo kwica gukomeretsa jean claude gakwaya
2economy
u rwanda rugiye guca ukubiri gutumiza i mahanga indorerwamo z’ amaso
mu gihe u rwanda rukomeje guteza imbere ibikorerwamu rwanda kabiri tariki gicurasi rwanda hafunguwe mugaragaro laboratoire rwego mpuzamahanga ikora indorerwamo z’ amaso ni laboratoire yubatswe bufatanye leta y’ u rwanda n’ ikigo cy’ abanyamerika onesight gifasha buvuzi bw’ amaso iyo laboratoire izajya ikorera kaminuza y’ u rwanda ishami ry’ ubuvuzi ur-cmhs iyi mashini niyo itunganya indorerwamo z’ amaso umuyobozi wungirije w’ kaminuza dr francoise kayitare yavuze kubera laboratoire indorerwamo zizajya ziboneka byihuse kandi giciro gito avuga kandi abaganga bajyaga bandikira umurwayi indorerwamo ntazibone kubera zahendaga yagize umuntu ntara kure uvuzwa mituweli ntabwo byajyaga bimworohera kubona indorerwamo kuko zahendaga bazimwandikiraga nk’ umuti ariko ntabashe kuzigura turishimira tubashije kubona laboratoire izajya ifasha buri munyarwanda wese kwambara indorerwamo iyi niyo laboratoire mbere ikora indorerwamo z’ amaso ifunguwe rwanda indorerwamo abanyarwanda bakoreshaga zatumizwaga mahanga cyane amerika arinayo mpamvu yatumaga zambarwa n’ umugabo zigasiba kuri indorerwamo zigiye kujya zikorerwa rwanda gusa ibihoresho by’ ibanze zikorwamo nk’ ibirahure n’ udukoresho tubifata bita frames bizajya bitumizwa mahanga tuzinde vincent uhagarariye onesight rwanda yavuze myaka ine imbere bitaro byose leta y’ u rwanda hazaba hatangirwa serivisi gutanga indorerwamo z’ amaso imashini ikora ndorerwamo gihe cy’ umunota n’ igice iba irangije gutunganya ibirahuri bishyirwa ndorerwamo indorerwamo ikorwa minota itanu nacyo tuzinde ashingiraho avuga laboratoire ifite ubushobozi guhaza isoko ry’ u rwanda ikasagurira amahanga yagize iyi laboratoire urebye agaciro kayo n’ ibikoresho birimo navuga uretse guhaza ibitaro byose rwanda izajya isagurira n’ amahanga bihugu duturanye imashini munota n’ igice iba itunganyije indorerwamo uyibariye umunsi wose n’ amasaha y’ umunsi yaba yakoze indorwamo nyinshi cyane aba bayobozi bavuze bagiye gushaka uburyo indorerwamo z’ amaso zashyirwa mituweli yishyura magingo hari imyumvire y’ abumva indorerwamo z’ amaso iz’ abifite n’ abize gusa bayobozi bavuga myumvire ikwiye guhinduka kuko indorerwamo iz’ umuntu wese ufite ikibazo cy’ amaso tuzinde yabwiye itangazamakuru indorerwamo z’ amaso zitavura uburwayi bw’ amaso zikora ugutuma uburwayi butongera ubukana gufasha umurwayi gukomeza imirimo srcizuba rirashe
2economy
afurika isoko ryiza bacuruzi n’abashoramari b’abashinwa
ibiro ntangazamakuru by’abashinwa xinhua byanditse inkuru ivuga umucuruzi witwa wang li avuga icya mbere atekereza avuze afurika ubucuruzi business kuko afurika haba amahirwe menshi bucuruzi ndetse n’ipiganwa ry’abacuruzi benshi rihari wang li si mushinwa wenyine uvuga ashobora kuza gushaka isoko afurika kuko e hari abashinwa benshi batangiye kuzana ibicuruzwa byabo afurika wang jinrong uhagarariye abacuruzi b’i shanghai bushinwa avuga afurika haba abakiriya benshi akomeza avuga isoko ry’afurika riruta kure iryo amerika ndetse n’uburayi kuko iryo afurika mupaka rigira bicuruzwa bituruka mahanga wang jinrong yemera afurika uhasanga ibikoresho bituruka bushinwa ariko ugasanga bidafite uburambe ngo bituma bamwe banyafurika banenga ibikoresho bituruka bushinwa mu gitabo cyashyizwe ahagaragara mwaka kivuga buhahirane bw’afrika n’ubushinwa bavuga mwaka abashinwa bashoye imari irenga miliyari icyenda z’amadorali afurika ugereranyije frws norbert niyizurugero
2economy
uruganda mount meru soyco ltd rushobora gukora ibiryo by’amatungo
imirimo kubaka uru ruganda izatwara miriyari icyenda z’amafaranga y’u rwanda miliyoni z’amadorari y’amerika yatangiye tariki izamara umwaka n’igice abakoze inyigo y’uru ruganda bavuga ibisigazwa soya bishobora kuvangwa n’ibigori bikavamo ibiryo byiza bifite intungamubiri matungo abaturage batuye y’aho urwo ruganda ruzubakwa bavuga rwaba ingirakamaro ndetse matungo dore barutezeho n’akazi uruganda rurateganya gukoresha abakozi bahoraho ndetse n’abandi bazakora imibyizi bagera uruganda mount meru soyco ltd rushobora kuzajya rutanga toni z’amavuta soya buri munsi umuyobozi w’uru ruganda africa ramba yavuze kugira bishoboke hazaboneka soya ikenewe kugira uruganda ruzakore neza yasabye abaturage kuzagira uruhare kuboneka soya bayihinga bwinshi ramba kandi anavuga urwo ruganda rushobora kuzanashamikiraho izindi nganda nyinshi zatunganya ibintu bitandukanye yavuze nk’abashaka gushora imari gukora amandazi capati sambusa n’ibindi biribwa bikorwa hifashishijwe amavuta babonye uburyo kuko babona amavuta kandi atabahenze nk’atumizwaga hanze cyprien m ngendahimana
13relationship
ibintu bitanu umuntu wese ufite igitsina gore akwiye kumenya
impirimbanyi y’ uburenganzira by’ abagore yatangije urugamba gukosora ibyinshi bivugwa n’ ibikorwa gitsina cy’ umugore bitari ukuri dr jen gunter umuganga w’inzobere by’indwara zibasira abagore amerika canada ufite ubunararibonye bw’imyaka ni impirimbanyi ikomeye y’uburenganzira bw’abagore bamwe bamwita umuganga uba twitter impirimbanyi y’ uburenganzira by’ abagore yatangije urugamba gukosora ibyinshi bivugwa n’ ibikorwa gitsina cy’ umugore bitari ukuri dr jen gunter umuganga w’inzobere by’indwara zibasira abagore amerika canada ufite ubunararibonye bw’imyaka ni impirimbanyi ikomeye y’uburenganzira bw’abagore bamwe bamwita umuganga uba twitter vuba aherutse guhagurukira kurwanya umwe mico ikomoka bushinwa gushyira utubuye bita ’jage eggs’ gitsina bivugwa bigira akamaro gitsina cy’umugore n’imikorere yacyo igitabo aheruka kwandika yise ’the vagina bible’ kiri biri kugurwa cyane bihugu byinshi kirimo umuntu yakora inama n’ibindi gufasha abagore kwita buzima bwabo ibi bimwe bintu bitanu gunter yumva buri wese ufite igitsina gore akwiye kumenya - ugomba kumenya igitsina cyawe uhereye inyumaigitsina cy’umugore imbere umutsi uremye nk’umuyoboro uhuza nyababyeyi hanze icyo ubona hanze igice gikora myenda yawe uruhu rw’inyuma madamu gunger avuga ingenzi cyane kumenya gukoresha amazina nyayo ntihakoreshwe amazina kwitirira ati mu gihe udashobora kuvuga igitsina gore zina ryacyo biba nk’aho bintu bikojeje isoni cyangwa bibiavuga ijambo pudenda rikoreshwa n’abaganga bashaka kuvuga igice cy’inyuma cy’igitsina cy’umugore rikomoka ijambo pudet ry’ikiratini risobanuye igiteye isoni gunter atekereza gukoresha amagambo nk’aya bitesha agaciro umubiri w’umugore ariko kandi bikanabagiraho ingaruka kuko abenshi batabasha gusobanura neza magambo nyayo ikibazo bafite bavurwe bikwiye - igitsina gore kiriyoza ubwacyo gunter avuga myaka ishize yagiye abona abagore bazana indi mico benshi bagenda bemera bakeneye gukoresha imiti inyuranye bahumuze igitsina cyabomuri amerika ruguru hejuru by’abagore bagiye bakoresha miti gitsina cyabo umwaka ushize benshi bakavuga bagiye babishishikarizwa n’abo bahuza ibitsina ariko gunter avuga mpamvu n’imwe gushyira aricyo cyose gitsina kucyoza ati ni urugingo rwisukura abuza cyane cyane abakoresha ibikoresho bita ’douches’ boza imbere gitsina ati ni igitsina ntabwo igikombe biriya bikoresho nk’itabi gitsina cyawe amazi nayo ubwayo ashobora kwangiza gahunda karemano kwisukura bikaba byagutera indwara zirimo ’infections’ gitsina kotesha igitsina steaming n’ibindi bamwe gihe bakora cyangwa batekereza gukora bibi cyane kuko bishobora kugutwika igice cy’inyuma gishobora gusukurwa igihe biri ngombwa nk’uko n’umubiri usukurwa n’amazi n’isabune mu gihe gucura imbyaro gihe imisemburo ituma umuntu yumagara akumva atamerewe neza byiza gukoresha ibintu coconut cyangwa amavuta olive kwisukura uturemangingo two gitsina gore twihindura buri masaha guhinduka kwihuse kurusha bindi bice byose by’uruhu bityo gukira birihuta - igitsina cyawe nk’ubusitani igitsina gore rusange kigira bacterie ’nziza’ zigifafasha kugumana ubuzima bwiza izo ’microbes’ ntoya cyane nk’ubusitani burimo bacteries bikora zirinda ubuzima bw’igitsina nk’uko gunter abivuga utwo dukoko dukora ibintu bituma gitisina habamo ’acides’ zihagarika izindi ’bacterie’ mbi ntizihagere ndetse bigatuma hahorana ububobere niyo mpamvu gushyira gitsina ibirwanya ’bacterie’ bibi - byiza haguma uburinganire ’bacterie’ - hari impamvu insya ziri hariyagunter yabonye kandi abagore benshi gihe bakunze kwikiza insya zose ibi ukwima kuba udukoko duto cyane tuzibamo bigashyira kaga ubuzima bw’igitsina ati iyo uzogoshe uba uteza ibibazo uruhu tujya tubona abitemye abarwaye ruhu abagize ’infections’ kubera kuzogosha ntavuga abantu bazireka zikaba ibihuru ahubwo kuzogosha umuntu yakwirinda gutema buryo bwimbitse bugera neza neza zimerera hejuru y’ibi gunter abwira abantu guhitamo ariko bafite amakuru ati insya zifite umumaro nk’umupaka umubiri washyize hariya kurinda uruhu zishobora kandi kuba zigira umumaro byiyumvo by’imibonano kuko buri rumwe ruteye karemangingo kagize igitsina niyo mpamvu kuzogosha bibabaza - gusaza bigira ingaruka gitsina nyuma y’imyaka umuntu amara mihango yenda kubyara udusabo tw’intanga ngore turekera gukora amagi n’imihango igahagararaimisemburo yatumaga umugore burumbuke iragabanuka bikomeye imisemburo yitwa oestrogen by’umwihariko ibi bigira ingaruka gitsina gore n’umubiri wacyo w’inyuma ibi byombi byahoraga bibobereye kubera imikorere y’umubiri bishobora kumagara bigatera uburibwe gihe cy’imibonano kuko bubobere ibi bitera agahinda abagore gunter avuga abaganga bashobora kubafasha hari n’abandi babishobora bifashishije imiti itera ububobere agira ndumva abagore bakwiye kubimenya mpamvu kubabara hari ibivugwa bidashingiye bushakashatsi gukora imibonano mpuzabitsina cyane bituma ibintu bikomeza kugenda neza ariko imibonano myinshi ishobora gutera ’infections’ gitsina bbc
0politics
ibuka ntiyishimiye icyemezo ictr
perezida ibuka jean pierre dusingizimana yabwiye ikinyamakuru newtimes ibuka yababajwe cyane n’icyemezo guhanaguraho icyaha bahoze abaminisitiri leta y’abatabazi ariko yizeye hazabaho kujuririra cyemezo turimo turagirana ibiganiro n’abashinjacyaha hano rwanda n’aba ictr kugirango turebe cyemezo kigana hanyuma turatekereza kuba twakora ibindi bikorwa nk’urugendo kwamagana cyemezo muri uru rubanza kandi urkiko rwakatiye abandi babiri bahoze abaminisitiri aribo mugenzi justin prosper mugiraneza buri wese yakatiwe imyaka y’igifungo aba bahamwe n’icyaha gutegura jenocide ndetse n’uruhare rwabo gukuraho uwahoze perefe butare jean-baptiste habyalimana hashingiwe magambo ahamagarira abantu kwica abandi bavuze kumwe thodore sindikubwabo bahamwe n’icyaha guhamagarira abantu gukora casmir bizimungu yavutse mwaka w’ komini nyamugari perefegitura ruhengeri bizimungu yabaye minisitiri w’ubuzima mata kugeza aza kongera guhabwa mwanya mata kugeza ahunze nyakanga yafatiwe kenya kuwa gashyantare bicamumpaka yagiye mdr ahabwa umwanya minisitiri w’ububanyi n’amahanga kuwa mata yafatiwe cameruni kuwa mata inkuru dukesha the new times
0politics
ibiganiro gukemura amakimbirane hagati y’u rwanda uganda bigiye gusubukura
leta y’u rwanda n’iya uganda zigiye gusubukura ibiganiro bigamije gukemura ibibazo byahungabanyije umubano w’ibihugu byombi ibyo biganiro bizabanzirizwa n’inama yihariye komite yashyiriweho guhuza u rwanda uganda igizwe n’intumwa z’angola repubulika iharanira demokarasi congo yitezwe ane tariki kamena iyo komite izaba irimo gusuzuma intambwe imaze guterwa n’ibihugu byombi kubahiriza amasezerano luanda angola yashyizweho umukono n’abakuru b’ibihugu kanama minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane dr biruta vincent yatangarije itangazamakuru biganiro biharurira amayira inama izaba izahuza bihugu n’abahuza babyo ikurikira iheruka kubera i gatuna gashyantare tariki minisitiri dr biruta ni tuzakorana inama ibiganiro bizasubukurirwa byari byemejwe ibiganiro byagomba gusubukurwa nyuma y’iminsi abakuru b’ibihugu bahuriye mupaka gatuna ariko bibangamirwa n’umwaduko w’icyorezo koronavirusi covid- wahagaritse ibikorwa n’inama bitandukanye mu biganiro by’ubushize perezida uganda kaguta museveni yiyemeje gukora iperereza birego u rwanda rwayishinjaga birimo kuba icumbikiye imitwe y’iterabwoba irwanya leta y’u rwanda ndetse guhohotera abanyarwanda batuye uganda kuri ibiganiro bigiye gusubukurwa nyuma y’igihe uganda itangaza ifite ikizere kongera kugarura umubano n’u rwanda n’ubwo ibikorwa byayo byagendaga bigaragaza ibimenyetso bitandukanye n’ibivugwa hagati kwezi gicurasi leta y’u rwanda yatangaje yiteze kwakira abantu barenga bafungiwe uganda bagombaga kurekurwa ariko byabaye u rwanda rwabonaga ntambwe nk’ ikizere ishyirwa bikorwa ry’amasezerano y’i luanda angola agamije gusubiza murongo umubano hagati y’u rwanda uganda mu kwezi gushize hongeye kugaragara abanyarwanda bakubwiswe n’inzego z’umutekano bakajugunywa mupaka babaye intere chief editor muhaburarw
1sport
beach volley u rwanda ruratangira amarushanwa rukina afurika y’epfo
muri mikino izakinwa tariki - ikipe izaba iya mbere izahita ibona itike kuzakina imikino olympique ikipe kabiri n’iya gatatu zibona itike kuzakina igikombe cy’isi mu nama tekinike yabaye tariki mbere y’uko mikino yitabiriwe n’ibihugu birindwi itangira tombola yabaye yemeje u rwanda nk’igihugu cyakiriye mikino kigomba gukina umukino ubanza afurika y’epfo algeria izakina mozambique repubulika iharanira demukarasi congo ikine n’ibirwa maurice kenya yagombaga gukina maroc yahise ibona amahirwe gukomeza cyiciro gikurikiyeho kuko maroc ititabiriya marushanwa ikipe y’u rwanda imeze neza kandi imaze iminsi mucanga kiyaga kivu ikorera imyitozo ahagomba kubera irushanwa buryo bizera bazitwara neza bakaba nibura baza makipe atatu mbere ashobora gukina igikombe cy’isi nk’uko bitangazwa gustave nkurunziza ushinzwe mikino beach volleyball akaba n’umuyobozi ishyirahamwe ry’umukino volleyball rwanda nk’uko nkurunziza abivuga afurika y’epfo n’ibirwa maurice nibyo bihugu bikomeye cyane kurusha ibindi rushanwa ugendeye mateka yabyo ariko abakobwa b’u rwanda biteguye neza buryo bashobora guhangana nabyo ikipe y’u rwanda igizwe n’amakipe abiri buri kipe ikagira abakinnyi babiri ndetse hakaba n’umusimbura umwe makipe yombi nk’uko amategeko beach volleyball abiteganya ikipe mbere rwanda a igizwe uwineza emilienne apr hakizimana judith rra ikipe kabiri rwanda b igizwe mutatsimpundu denise ruhango nzayisenga charlotte ruhango iragena jeannette apr akaba ariwe musimbura w’amakipe yombi theoneste nisingizwe
0politics
urutonde rw’abanyepolitiki babaye minisitiri w’intebe rwanda
kuva u rwanda rwatangira urugamba gushaka ubwigenge gusezerera ingoma cyami rukinjira butegetsi bushingiye repubulika kugeza rumaze kugira abanyepolitiki bagizwe minisitiri w’intebe mu gihe cy’imyaka ikabakaba hari bamwe bakuru b’ibihugu bagiye bamara igihe runaka minisitiri w’intebe bafite byose tukaba tugarukaho nkuru kayibanda grgoire kayibanda grgoire niwe wabimburiye abandi kwicara mwanya minisitiri w’intebe w’u rwanda uyu ninawe minisitiri w’intebe mbere u rwanda rwagize wabayeho hakiriho ingoma cyami n’ubwo marembera kayibanda mpirimbanyi zashakaga ikurwaho ry’ingoma cyami yatorewe kuba minisitiri w’intebe tariki ukwakira gihe umwami kigeli v ndahindurwa yaranze hakurwaho ingoma cyami kayibanda grgoire yabaye minisitiri w’intebe akomeza umurego kwinjira cyane politiki tariki mutarama mbonyumutwa dominique aza kugirwa perezida mbere akorana kayibanda igihe gito mbere y’uko amusimbura akava mwanya minisitiri w’intebe akaba perezida repubulika y’u rwanda hari tariki ukwakira dr sylvestre nsanzimana kuva tariki ukwakira kayibanda amaze kuba perezida ntabwo yigeze ashyiraho minisitiri w’intebe kugeza tariki nyakanga yahirikwaga butegetsi juvnal habyarimana umwanya minisitiri w’intebe afite mbere kuba perezida yarinze apfa ntawe abonye yongera kuwicaramo juvnal habyarimana akimara kuba perezida gihe ntabwo yigeze agaciro mwanya kugeza tariki ukwakira yashyiragaho dr sylvestre nsanzimana akaba yarabaye minisitiri w’intebe kabiri w’u rwanda kugeza tariki mata dr dismas nsengiyaremye guhera tariki mata dr sylvestre nsanzimana yasimbuwe mwanya minisitiri w’intebe dr dismas nsengiyaremye uyu yabaye minisitiri w’intebe gihe kirenga gato umwaka umwe aza gusimbuzwa tariki nyakanga agathe uwiringiyimana agatha uwiringiyimana umwe banyepolitiki batazibagirana mateka y’u rwanda dore yabaye minisitiri w’intebe kugeza yicwaga azira ibitekerezo bye kudashyigikira ubwicanyi jenoside yakorewe abatutsi agathe uwiringiyimana yasimbuye dr dismas nsengiyaremye tariki nyakanga kugeza tariki mata yicwaga kambanda jean nyuma y’uko perezida juvenal habyarimana yarashwe tariki mata ndetse minisitiri w’intebe agathe uwiringiyimana akicwa bucyeye hahise hashyirwaho guverinoma yiyise iy’abatabazi igizwe perezida sindikubwaho thodore kambanda jean minisitiri w’intebe iyi guverinoma yabayeho gihe jenoside kugeza tariki nyakanga ingabo fpr intotanyi zamaraga guhagarika jenoside perezida minisitiri w’intebe bahita bahunga sindikubwaho aza gupfira buhungiro repubulika iharanira demokarasi kongo kambanda jean arafatwa akurikiranwa n’ubutabera akaba gereza agomba kumara ubuzima bwe bwose twagiramungu faustin guverinoma yashyizweho tariki nyakanga nyuma y’ihagarikwa jenoside igizwe perezida pasteur bizimungu visi perezida major general paul kagame ndetse twagiramungu faustin mwanya minisitiri w’intebe uyu yabaye minisitiri w’intebe gihe cy’umwaka umwe kugeza tariki kanama yasimbuzwaga pierre clestin rwigema pierre clestin rwigema niwe wasimbuye twagiramungu faustin mwanya minisitiri w’intebe akaba minisitiri w’intebe u rwanda rwagize mbere wabashije kumara igihe yicaye mwanya kuko abamubanjirije ntawawumazeho imyaka ibiri yabaye minisitiri w’intebe gihe cy’imyaka ikabakaba itanu kugeza tariki werurwe bernard makuza makuza bernard niwe kugeza wabaye minisitiri w’intebe w’u rwanda igihe kirekire kuko yasimbuye pierre clestin rwigema tariki werurwe akamara imyaka irenga mwanya kugeza yaje kuwusimburwaho tariki ukwakira dr pierre damien habumuremyi pierre damien habumuremyi niwe wasimbuye bernard makuza mwanya minisitiri w’intebe yawicayemo tariki ukwakira kugeza tariki nyakanga perezida paul kagame yashyiragaho umusimbura mwanya anastase murekezi nyuma guhabwa indi myanya itandukanye politiki y’u rwanda anastase murekezi niwe wasimbujwe dr pierre damien habumuremyi mwanya minisitiri w’intebe ubu niwe ukiri mwanya kugeza magingo anastase murekezi yarabanje kuba minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi avaho agirwa minisitiri w’abakozi leta n’umurimo ava mwanya tariki nyakanga agirwa minisitiri w’intebe
13relationship
niba wubatse urugo ukwiye kumenya mabanga
abantu benshi ntibakunda kurara bambaye ubusa ndetse n’ubigerageje ntabwo akunze gufatwa nezanyamra ubushakashatsi bwerekanye kimwe bizana amahoro ibyishimo n’umutekano bashakanye kurara mwambaye ubusa gushyira ibiribwa kure y’uburiri ibya mbereku bantu bakoreweho ubushakashatsi bwongereza bafite ibyishimo zabo abarara bambaye ukuri ikigo cotton usa cyakoze ubushakashatsi cyavuze kubera bamwe barara bambaye imyenda bituma bamwe bafasha bahitamo gutinda bagiye cyangwa bakanararayo kubera batajya bishima baryamyeakenshi n’ababikora hari igihe batabizi ikindi ubushakashatsi bwerekanye umwanda buriri kudasasa nezango usanga benshi bashakanye babaho barebana ay’ingwe kubera umwe adafura imyenda ararana cyangwa utwenda tw’imberehari n’abapfa uburirir budatunganyije neza ugasanga ijoro rije hari abumva batasubira rugo stephanie thiers-ratcliffe umwe bakoze ubushakashatsi yavuze ibituma abashakanye batishima byinshi ariko impamvu mbere zituruka buririiyo buriri bitameze neza n’ibindi byose bigenda nabi
3health
umubare muke w’abaganga utuma batabona umwanya kwihugura
uyu munsi abaganga babigize umwuga rwanda bagera gihe mwaka w’ nubwo bwose umubare wiyongereye ariko ababagana nabo bariyongera ibi bituma abaganga batabona umwanya kwihugura akaba nayo mpamvu batagendana n’ubumenyi bugezweho ubwo mahugurwa yateguwe n’ikigo gikurikirana amahugurwa baganga cdp dr innocent gakwaya yatangarije abanyamakuru kuba bake gihugu bibabangamira kubona umwanya kwihugura yavuze rwanda usanga umuganga wabigize umwuga yandikiwe abarwayi barenga ibihumbi icumi dr gakwaya yemeza umuganga amaze imyaka igera itanu atihugura yarasigaye inyuma kuko siyansi y’ubuganga itera imbere bukeye gusa yemera bimeze hari intambwe yatewe ugereranyije n’ibihe byashize minisitiri w’ubuzima dr agnes binagwaho yatangaje minisiteri ayoboye ishyigikira abaganga babigize umwuga bihugura ndetse bakanakora ubushakashatsi kuko aricyo gituma intego bihaye buzima zigerwaho ati umuganga wese uzashaka kujya kwihugura hanze tuzamushyigikira buryo bw’inkunga kuko bituma natwe dukorera abaturage ibijyanye n’igihe tugezemo umuyobozi w’ishyirahamwe ry’abaganga rwanda rwanda medical association dr steven rulisa yatangaje ishyirahamwe ryabo riri muryango w’abaganga isi iryo shyirahamwe rifite inshingano gukurikirana imikorere buri munsi y’abaganga kumenya ikigero cy’ubumenyi bafite bakanabafasha kucyongera iri shyirahamwe ryatangiye rivuga inshingano buri muganga ukora mwuga kuba shyirahamwe kubera inyungu ze n’iz’abamugana umunyamakuru kigali today
1sport
ikipe y’ u rwanda amavubi izakina na benin kuwa ukwakira
uyu mukino uzaba itariki ukwakira gihe ikipe y’u rwanda yamaze kumenya n’ubwo yatsinda mukino itazajya mikino nyuma guhatanira igikombe ikipe y’igihugu benin iramutse itsinze yazashyirwa makipe yitwaye neza afite umwanya kabiri ikaba yazashobora kujya mikino nyuma muri tsinda ririmo andi makipe abiri u burundi ivory coast ivory coast yamaze gufata umwanya mbere bidasubirwaho u burundi burwanira umwanya kabiri benin ikipe y’u rwanda ikaba ijyanwe benin gushaka ishema ry’ u rwanda kugarurira ikizere abanyarwanda kuko mikino itatu yakinnye marushanwa yatsinzwe imikino ine itsinda umukino umwe wonyine abakinnyi cumi n’umunani amavubi azifashisha gushakisha intsinzi benin batangajwe n’umutoza eric nshimiyimana ndoli jean claudejean luc ndayishimiyeeric gasanaismail nshutimagarangabo albertndaka fredysibomana husseinkalisa maoharuna niyonzimasina jeromemugiraneza jean baptistecharles ntibinganaandrew buterairanzi jean claudeuzamukunda eliaskagere medyjacques tuyisengeolivier karekezi twizeye basore b’ u rwanda bazatsinda mukino bakaduhesha agaciro nk’abanyarwanda mutijima abu bernard
0politics
bugesera umurego kurwanya ibiyobyabwenge
ibi baturage babitangaje cyumweru polisi y’igihugu bufatanye n’ubuyobozi bw’akarere bagiye kariya gace guta yombi abaturage bacuruza ibinyobwa bitemewe n’amategeko abaturage batuye aka gace mirambi bavuga gakunda kugaragaramo ikibazo cy’umutekano muke bikururwa n’ibibazo bitandukanye birimo ubujura n’icuruzwa ry’ibiyobyabwenge kanyanga irimo cyane mezi abiri ashije hiciwe abantu babiri karemera sam umuyobozi polisi ntara y’iburasirazuba witabiriye igikorwa guta yombi abaturage bakoze uruganda gucuruza kanyanga kariya gace yatangarije abaturage gihe kitari gito polisi igiye gushyira bikorwa icyifuzo cyabo gufungura ishami ryayo aka gace icyakora ariko karemera yababwiye icyihutirwa kurusha ibindi ukugira ubushake gufatanya n’ubuyobozi bw’akarere guhangana n’ibikorwa bibahungabanyiriza umutekano rwagaju louis umuyobozi w’akarere bugesera kubufatanye n’abari bahagarariye inzego z’umutekano bitabiriye gikorwa yabwiye abaturage bagomba kwirinda ibikorwa gucuruza kanyanga n’ibindi biyobyabwenge byose kuko nyir’abayazana w’umutekano muke karere bugesera rwagaju kandi yavuze ubuyobozi bw’akarere bwari busanzwe buzi ibihakorerwa icyari gisigaye ukuza guta yombi abacurizi kanyangaati’’twari tubizi icyari gisigaye cyari umwanya kuza kubafata iyo uhamwe n’icyaha gucuruza kanyanga inzoga itemewe n’amategeko y’u rwanda uhanishwa igihano cy’igifungo kiri hagati y’amezi atatu n’imyaka itanu cyangwa ihazabu y’amafaranga ibihumbi byaba ngombwa ukabihanishwa byombi mimi rachel mukandayisenga
4entertainment
umupira umutesi denise ndawurarana - rwarutabura
ngenzahimana jean bosco uzwi rwarutabura usanzwe umufana ukomeye rayon sports avuga rwego kwamamaza gusaba abantu gukomeza gushyigikira umutesi denise miss rwanda yemera umupira uriho ifoto akirirwa awambaye ndetse akanawurarana kuri kabiri tariki gashyantare rwarutabura kibuga kicukiro mukino wahuje gorilla fc cyiciro kabiri marines fc cyiciro mbere gikombe cy’amahoro rwarutabura wazengurukaga stade agenda yerekana ifoto umutesi denise yananyuzagamo akegera bamwe bafana akabasaba kujya batora umutesi denise ndetse bagakomeza kumushyigikira kugeza irushanwa rirangiye mu kiganiro yagiranye rwandamagazinecom rwarutabura yavuze miss rwanda ashyigikiye umutesi denise ndetse agasaba abakunzi nabo kumushyigikira ati kugira mpitemo kumushyigikira nabonye umukobwa wujuje ibisabwa byose ni mwiza inyuma agira umutima mwiza afite ubwenge kandi afite n’umuco mbese yujuje byose abe miss rwanda yunzemo ubu rwego gukomeza kumwamamaza nirirwa nambaye umupira nanashishikariza abantu gukomeza kumutora kumushyikira buryo n’umupira ndawurarana ubu mfite imipira nk’iyi nserukana ahantu hose ngiye nizeye kandi ikamba tuzaryegukana umutesi denise bakobwa batoranyirijwe kuzitabira umwiherero miss rwanda yatoranyijwe bagenzi gikorwa guhitamo abakobwa b’uburanga cyabereye i gikondo expo ground mugoroba gatandatu tariki gashyantare igikorwa miss rwanda kizasozwa tariki gashyantare aribwo hazamenyekana uwegukanye ikamba nyampinga w’u rwanda asimbuye nimwiza meghan ufite irya umutesi denise akomoka karere gatsibo ntara y’iburasirazuba afite imyaka yavutse tariki werurwe akaba asoje amashuri yisumbuye st bernadette i save karere gisagara abakobwa batoranyirijwe kuzitabira umwiherero miss rwanda nabo bazatoranywamo miss rwanda irasubiza alliance no nishimwe naomie no mutesi denyse no ingabire gaudence no ingabire rehema no musana teta hense no kirezi rutaremara brune no mukangwije rosine no ingabire diane no ingabire jolie ange no mutegwantebe chanice no kamikazi rurangirwa nadege no akaliza hope no umuratwa anitha no marebe benitha no teta ndenga nicole no uwase aisha no nyinawumuntu rwiririza delice no umutesi denise no umwiza phionah no rwarutabura umufana ukomeye denise buryo umupira umwamamaza atajya awukuramo umutesi denise bakobwa bahatanira ikamba miss rwanda mu guhitamo abazajya mwiherero uzatangira tariki gashyantare umutesi nabwo afite abafana benshi baje kumushyigikira bambaye imipira iriho ifoto n’ibyapa
11environment
kigali hamaze kumvikana umutingito
kuri gatanu tariki ukuboza ma saha saa tanu amanywa tumwe duce tugize umujyi kigali humvikanye umutngito bamwe baturage murenge kimisagara bahuye n’umunyamakuru gihamyacom mutingito ukimara kumvikana bemeza bumvise ikintu gikubita buri wese akagirango ikintu gikubise hejuru y’inzu nyamara basohokeye icyarimwe bahuriza kintu umutingito gusa rwego leta rwari rwemeza koko umutingito wabayeho nubwo baturage bavuga bawumvise baranavuga ntacyo wangije bikorwa byabo gukora uyu mutingito wumvikanye agahe gato cyane nkuko baturage bakomeza babivuga umutingito cyangwa se an earthquake rurimi rw’icyongerezia abahanga bavuga igihe isi yinyeganyeza biturutse bisubizo biba byatanzwe n’umwuka uturutse kimwe bice by’isi crote de la terre bityo mwuka ugatuma kamwe duce tugize isi hashobora gutingita gihe runaka mu rwanda umutingito ntago ukunze kuza ufite ingufu cyane nk’iyi ndi mitingito yakunze kwibasira ibihugu nk’ubuyapani pakistani newsgihamyacom
4entertainment
itorero esb kamonyi ribyina imbyino gakondo ryegukanye igikombe rwego rw’igihugu
amarushanwa muco yaberaga karere huye intara y’amajyepfo - ukwakira matorero abyina imbyino gakondo igikombe rwego rw’igihugu cyehukanywe n’abanyeshuri kigo cy’ishuri cyitiriwe mutagatifu bernadette-esb kamonyi itorero ribyina imbyino gakondo esb-kamonyi ryatwaye umwanya mbere rwego rw’igihugu marushanwa muco rihabwa igikombe n’amafaranga y’u rwanda ibihumbi magana atatu mirongo itanu frws ni amarushanwa yitabiriwe n’amatorero aturutse bigo by’amashuri bitandukanye gihugu buri torero ryiyerekanaga ndirimbo n’imbyino bigaragaza umuco gakondo ariko kandi bakanifashisha ibikoresho bitandukanye by’umuco banabisanisha n’iterambere igihugu kimaze kugeraho nyuma kwegukana intsinze rwego rw’igihugu abanyeshuri n’ubuyobozi esb-kamonyi bavuga byose babikesha imyiteguro bakoze umutoza w’umuhanga ubana n’abanyeshuri umunsi munsi gihe cy’imyitozo ubwitange bw’abanyeshuri bumvaga banyotewe kwegukana intsinzi nyuma y’igihe bitoza bategura irushanwa padiri majyambere jean d’amour umuyobozi esb-kamonyi yabwiye intyozacom bitari byoroshye kwegukana mwanya ariko kandi bawutwaye gihe gikwiye kuko nubwo bamaze igihe bizamini biteguye bashaka intsinzi ati itorero ryacu twariteguye cyane nubwo tumaze igihe mubizamini dufashijwe n’umutoza twarakoze cyane twitegura dushaka kuzatwara kino gikombe kandi koko turabishimira imana tugitwaye n’amanota padiri majyambere avuga ntsinzi bayikesha gukundisha abanyeshuri ibijyanye n’umuco kugira umutoza ushoboye guha abana umwanya gukina kwidagadura buri wese akajya mubyo akunze cyangwa yibonamo abijyanishije gukunda ishuri kurangwa n’ikinyabupfura avuga kandi intego bafite ukugumana mwanyaakomeza ashishikariza abayobozi b’ibigo ubuyobozi butandukanye n’izindi nzego zigira zihurira n’uburezi gukundisha abana imikino n’imyidagaduro kubashyiriraho ibibuga n’ibikoresho bituma bifashisha kuko umwana yishimiye kandi harimo ahatuma akina akanidagadurana bagenzi nabyo kenshi bimurinda kudata ishuri kuko kumwe n’urungano itorero ribyina imbyino gakondo esb-kamonyi ryegukanye mwanya nyuma y’uko umunsi mwarimu uheruka ryari ryasusurukije abitabiriye kwizihiza munsi rwego rw’igihugu rigashimwa kugera minisitiri w’uburezi mutimura eugene yasize aryemereye inkunga y’amafaranga ibihumbi magana atanu y’u rwanda frws kubabafasha mubyo bakeneye aya marushawa uco yabereye i huye yanitabiriwe n’andi matsinda y’abanyeshuri boherejwe n’ibigo yiyerekanye ndirimbo imivugo n’ibindi byose bigaragaza umuco nyarwanda soma inkuru bijyanye hano kamonyi amashuri abanza kagame cup yahembwe bidasanzwe nyuma y’irushanwa munyaneza theogene intyozacom
0politics
u bubiligi bwataye yombi umunyarwanda upfobya jenoside
rutayisire yashinjwe kuhungabanya ituze rubanda munsi abantu barenga barimo kwibuka jenoside yakorewe abatutsi muhango wateguwe ambasade y’u rwanda bubiligi kugeza ntibiramenyekana rutayisire yaragejejwe imbere y’ubutabera akiri buroko cyangwa yarafunguwe uwo munyapolitiki yabyutse ajya sitade woluwe -saint-pierre brixelles yateguye imihango kwibuka abantu baguye ntambara yabaye rwanda abarokotse jenoside bashinja rutayisire kuba imbere y’abahakana jenoside yakorewe abatutsi rwanda rutayisire afite ishyaka ryitwa banyarwanda tubeho twese riharanira kumvikanisha ibyabaye rwanda atari jenoside ahubwo ugusubiranamo kw’abaturage civil war
2economy
jeannette kagame yitabiriye ikusanywa ry’inkunga kubaka ivuriro ry’indwara z’umutima
kuri kane tariki gicurasi madamu jeannette kagame yitabiriye igikorwa gukusanya inkunga kubaka ivuriro mbere rwanda rizita bantu bafite indwara z’umutima iki gikorwa cyabereye i boston leta zunze ubumwe amerika cyitabiriwe n’inzobere buvuzi abanyeshuri abacuruzi n’abandi umushinga kubaka kigo uzashyirwa bikorwa leta y’u rwanda bufatanye n’inzobere kuvura indwara z’umutima leta zunze ubumwe amerika zibumbiye muryango witwa team heart’ madamu jeannette kagame yashimye ibikorwa by’izo nzobere zimaze imyaka igera icyenda ziza rwanda kuvura kubaga abanyarwanda bafite indwara z’umutima avuga bumvise neza intego leta y’u rwanda kwita mibereho myiza y’abaturage yagaragaje ibikorwa team heart byunganira u rwanda rugamba kongera kubaka ibikorwa remezo n’inzego byashenywe n’ubuyobozi bubi bwateguye jenoside bukayishyira bikorwayagize nk’abantu bashegeshwe n’ibikorwa by’indengakamere bigatuma batakariza icyizere imiryango mpuzamahanga myaka makumyabiri n’ibiri ishize by’ukuri ibikorwa byanyu bishobora kudufasha kugarura icyizere yakomeje agira turashimira umuryango wanyu kuba warashyigikiye imbaraga guverinoma y’u rwanda ndetse n’imiryango sosiyete sivile bashyize guhangana n’ibibazo by’ubuzima bicyugarije abaturage bacu kugeza ikibanza kizubakwamo ikigo kivura indwara z’umutima cyamaze kuboneka kiguzwe minisiteri y’ubuzima team heart ikaba yaratangiye gushakisha inkunga y’amafaranga gutangira kubaka madamu jeannette kagame yavuze ibibazo bijyanye n’uburwayi bw’umutima bidakwiye gufatwa buryo bworoshye anongeraho kwegerezwa servisi z’ubuvuzi ndetse gukangurirwa kwirinda indwara z’umutima bizafasha abanyarwanda yagize umugoroba nk’uyu ugamije gukusanya inkunga kubaka ikigo cyita barwayi b’umutima yibutsa kwirinda ndetse kuvura indwara z’umutima aribwo buryo bwatuma ndwara zidakomeza kuba z’imbere zihitana abanyarwanda zikanabamugaza madame jeannette kagame yagaragaje impinduka zabaye rwego rw’ubuzima myaka ishize by’umwihariko kuba abanyarwanda benshi bafite ubwisungane kwivuza mutuelle de sant guhugura abajyanama b’ubuzima bagera bihumbi batanga ubufasha bw’ibanze baturage yavuze bizakomeza binyuze kubaka ubufatanye buhoraho n’inzego leta ndetse n’iz’abikorera harimo team heart guharanira ubuzima bwiza bw’abaturage kuva mwaka itsinda team heart rimaze kubaga abarwayi bafite indwara z’umutima ni rimwe matsinda ane arimo healing hearts north west chain of hope open heart international yagiranye amasezerano minisiteri y’ubuzima kujya aza rwanda kubaga abafite indwara z’umutima buri mwaka ibikorwa kuvura indwara z’umutima bitwara amadolari amerika arenze ibihumbi angana miliyoni zirenga z’amafaranga y’u rwanda yanditswe ubwanditsimuhaburarw