TTS 1_2,ntivuga ko Nehemiya yakoreye umugabo wa Esiteri umwami Ahasuwerusi ahubwo yakoreye uwamusimbuye., TTS 1_3,Iyo nzu ni nto ariko ni nini bihagije kuri twe, TTS 1_4,Amaze kubona izi mbwa ngo yageze iKigali atekereza icyo yakora ngo nibwo yahise azizana mu Rwanda, TTS 1_5,"Abana banjye batandatu, umugabo wanjye n’abavandimwe banjye babiri bahise bicwa.", TTS 1_6,Seyoboka yavuze ko adahakana ko bariya bantu bishwe ariko ko atari we wabishe., TTS 1_7,Kugira ngo iyi kipe ikomeze biyisaba kwihagararaho ntizishyurwe ibi bitego cyangwa ngo itsindwe ibindi., TTS 1_8,kuko habaga umurishyo w’Ingoma wavugaga umenyesha yuko kanaka uwo ari igicibwa, TTS 1_9,Ryari ryegeranye n'iryacu ntangira no kumukunda yatumaga numva nkunzwe cyane , TTS 1_10,"ariko hari indirimbo ijya imfasha, duhuriyeho kandi twese tuzi", TTS 1_11,Nakubwiye kenshi ko ntakunda gushyirwa ku karubanda none unshyize kuri Radiyo., TTS 1_12,Uwo mukinnyi yabajijwe icyo yifuza ku bijyanye n'ubuzima bwe bw'imibonanompuzabitsina., TTS 1_13,ni uburyo bw'ingenzi mu itumanaho kuko bukoreshwa n'abantu hafi ya bose ku isi, TTS 1_14,Yezu yabikuraga mu Ijambo ry’Imana ndetse no muri gahunda itajya ihagarara y’ibyaremwe., TTS 1_15,icyampa akabona intsinzi muri kimwe cya kabiri cy'icyiciro cya karindwi, TTS 1_16,dore ko usanga abashumba bashoye inka mu mazi ari mu kibumbiro, TTS 1_17,cyane cyane bakoresha uturima tw’igikoni kugira ngo bashobore kubona indyo yuzuye ku buryo buboroheye, TTS 1_18,"Yagize ati “ Basaba uburenganzira maze tukazumva, twasanga zidahabanye no kwibuka; zidatoneka ibikomere tukabubaha.", TTS 1_19,Uwo munsi ni bwo bwari ubwa mbere Dawidi ahaza Asafu n'abavandimwe, TTS 1_20,Ihuriro Nyarwanda riramagana iyi mikorere ya Kagame yo kugira ikibazo cye bwite ikibazo cy’abanyarwanda bose, TTS 1_21, hanze harashyushye kuburyo nshaka kumara umunsi wose munzu ifite ubukonje, TTS 1_22,yigeze nari rimwe agaragara yambaye ingutiya yaba ngufi bita mini cyangwa indende?, TTS 1_23,Abanyarwanda bazajye bayigeza ku bajyanama bagenwe na minisiteri y’Ubucuruzi igihe icyo ari cyo cyose babagire inama, TTS 1_24,Abakobwa icumi bahataniye kwinjira muri Misi Rwanda mu majonjora yabereye i Musanze., TTS 1_25,"Yavuze ko Ubufaransa ""butigeze buhagarika gukoloniza ibihugu byo muri Afurika bibarirwa mu icumi"".", TTS 1_26,Perezida w’u Bufaransa yategetse ko mu gihugu haba icyunamo uwo munsi., TTS 1_27,zikoreshwa hagamijwe kwirinda ibyago cyangwa se mugihe cyo kunyuranaho ahatari mu nsisiro, TTS 1_28,Kaneza na Kamaliza bahuriza kukuba iki ari igikorwa gikomeye kandi kidasaba amikoro menshi, TTS 1_29,"ushobora kwitoza kugera ku bumenyi, ariko ntushobora kwitoza kugera ku bwenge", TTS 1_30,Kagenza yabwiye igihe ko barimo bakora amashusho mbarankuru ubwo abaturage ba Etiyopiya baberekaga uyu mugore, TTS 1_31,Abatoza b'ikipe ya Musanze bafite akazi gakomeye ko gusezerera ikipe ya mbere yo muri Afurika y’Epfo, TTS 1_32,"ni nayo izagaragaraho indirimbo yitwa ""Umwana w’umuhanda"" yasubiranyemo na Aline Gahongayire", TTS 1_33,Nahisemo ko umugore wanjye ayiyobora kuko ari we muntu wa mbere twumvikana , TTS 1_34,Niba udakina neza kurusha abandi bakinnyi undi umuntu yafata umwanya wawe., TTS 1_35,"Ankubita urushyi ruremereye rwirangira ahita ankubitaho urugi aransohora ararira, araboroga.", TTS 1_36,Ubu bukwe bwabo bwabereye ku nkombe y’ikiyaga , TTS 1_37,"U Rwanda rwafashe ingamba zitandukanye zo kubirwanya, ariko abaturage bavuga ko hakwiye kongerwa ibihano.", TTS 1_38,Ubugenzuzi bwakozwe n’ishami rishinzwe Ibiza ryasanze umukingo n’ibishingwe byaridutse bifunga umuhanda, TTS 1_40,Ati « Abandi bo baratunaniye bazi ko amatsinda ari ayo mu bishanga »., TTS 1_41,"Aho ni ugukomeza kumugusha mu cyaha , murabyumva nataha azakomeza kugikora ", TTS 1_42,mu ntangiriro y' umwaka w 'amashuri bakorewe ubuvugizi bemererwa kwishyurirwa amasomo y' inyongera, TTS 1_43,Abakinnyi n’abandi bagize uruhare mu guteza siporo imbere batowe hifashishijwe imbuga nkoranyambaga., TTS 1_44,Uru ruhinja rutaragira icyo rumenya ni rwo mbuto yasezeranywe, TTS 1_45,"Mu marenga, umufasha wa Kagabo yabwiye Kalisa ko agomba kuryumaho ", TTS 1_46,"Goriyati yasengaga izuba, ukwezi cyangwa ikindi kintu cyose mu biri ku ijuru kandi narabibujije", TTS 1_47,watanze icyifuzo ko ubonye ubufasha wakwandika igitabo gikubiyemo ubuhamya bwawe, TTS 1_48,"Mukakalisa yakubwiye ko Imana itari umuntu ngo ibeshye cyangwa ngo yivuguruze nk'uko abantu babikora, humura no kubikora izabikora.", TTS 1_49, izo mbonerakure zari zivuye ahitwa Ruziba zihangana n’abari mu myigaragambyo zibateramo igisasu, TTS 1_50,"Kuva icyo gihe, imyitozo ya gisirikare ku mpande zombi  yariyongereye.", TTS 1_51, ujye wibuka ko nugwa nzakubyutsa maze kuguseka, TTS 1_52,wambaye utya ugiye mu ishuri ntabwo waba wambaye neza , TTS 1_53,Bose bakurikiranyweho icyaha cyo gukoresha imfunguzo z'abandi n’icy’ubujura., TTS 1_54,Ni ukugira ngo haboneke ingengo y' imari ihagije izakoreshwa bikabikwa ku buryo bwiza, TTS 1_55,Nehemiya ategeka abaherezabitambo gusuka ayo mazi hejuru y'inkwi , TTS 1_56,bose bari bicaye ku meza bakina amakarita, TTS 1_57,Mugabo yajyanywe mu kigo cya gisirikare akorerwa iyicarubozo mbere yo kwamburwa imyenda agasigara yambaye ikariso gusa, TTS 1_58,Nimwumve amagambo yabo yo kuramya ubwo baririmbaga bati uri Imana y'agakiza kacu, TTS 1_59,maze iminsi imodoka yanjye yarapfuye kuko yakoze impanuka., TTS 1_60,Twashatse no kuzitiza abacuruzi ngo bazikoreshe turebe ko hari icyo binjiza turababura, TTS 1_61,Tereza yavuze ko bitari ngombwa ko abaturage bigaragambya nk'uko byagenze ko ahubwo hagombaga guhura impande zombi zigashaka igisubizo, TTS 1_62," bamwe baravunitse, undi aracyashidakanywaho n'ubwo imvune ye yakize", TTS 1_63,Abazitabira iki gikorwa bazasusurutswa n’umuririmbyi Sentore wiyita ’Rwamwiza baratira imihigo’., TTS 1_64,"ntacyo ikennye, kuko ari yo yahaye bose ubugingo, guhumeka n'ibindi byose batunze", TTS 1_65,Yavuze k'u Rwanda ahamya ko rufite ubushake bwo kubahiriza uburenganzira bw’umugore., TTS 1_66,Ibi byatumye abaturage bategura imyigaragambyo mu bihe bitandukanye inagwamo abantu benshi., TTS 1_67,"Abandi ni Rugango waguye ku rugamba ari ingaragu, Tanzi, n’ undi mukobwa utaramenyekanye.", TTS 1_68,Muhizi yasohoye Alubumu ye mu myaka ine ishize mbere gato y’uko umugabo we atorerwa kuba Perezida, TTS 1_69,Iyi pasiporo Nyafurika izatuma abanyafurika batembera mu bihugu bigize uyu mugabane , TTS 1_70,Ati “Hari abaturage batazi ko gusaba umuriro bikorerwa ku biro by’Akagali ka Gihundwe bakihutira kujya ku Murenge, TTS 1_71,Twaramanutse arambwira ati ‘njye sinshobora kuguma aha ariko ntubibwire mama kuko atakwemera ko ngenda’., TTS 1_72,Agatsiko gakorera cyane cyane muri Somaliya niko kohereje insoresore nyinshi ngo zifashe uwo mutwe , TTS 1_73, ni umushinga umaze igihe ukorana n’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, TTS 1_74, nubundi Isi yose n' u Rwanda bifatanijwe n’inkingi ziri mu mpera y’aho bihurira, TTS 1_75,mbere yo kumera umurizo yabonye ubutumwa bumuburira buturutse ku Mana, TTS 1_76,Ndamage wo mu ishyirahamwe ry’ abacuruzi ba zahabu na gasegereti niwe wahembwe nk’umucuruzi wasoze neza , TTS 1_77,imico umuntu yatojwe akiri muto niyo imugira intwari cyangwa ikigwari ku rugamba rw’ubu buzima, TTS 1_78,Uyu mugabo ukomoka muri Tanzaniya niwe wegukanye umwanya wa mbere., TTS 1_79,Pawulo yabonaga Eliya nk’umwanzi we kuko yamucyahaga kubera ibyaha yakoraga rwihishwa, TTS 1_80,"uwansubiza uko nari meze, igihe nari ntengamaye, nyir'ububasha ari we undinze", TTS 1_81,zizaba ziri kuri alubumu ye ya gatanu ateganya gusohora muri iyi minsi ., TTS 1_82,"biremerera umubiri; kuko bidashobora guhindurwamo amaraso cyangwa ibigize imikaya, bigahinduka rero umutwaro k' umwijima,", TTS 1_83,umutoza Nduhirabandi yarabihinduye akuramo Kakira ashyiramo Murwanashyaka, TTS 1_84,Nyamara iyo ngiyo uwo muzungu ashaka yaruta izo mu Rwanda, TTS 1_85,Gutsinda ni ikintu cyubaka umubiri n'u bwenge buri munsi uritoza na buri joro ukagira ibyo wifuza., TTS 1_86,"bafasha kandi mu bijyanye n'imigenderanire, kwimenyereza hamwe n'imyitozo ya gisirikare mu gutabara.", TTS 1_87,Guca inyuma umukunzi wawe bikuraho icyizere yakugiriraga kuko uba wangije isezerano mwagiranye, TTS 1_88,Icyo kinyamakuru cyatangaje ko inzu zubakwa muri uwo mujyi zirenze izikenewe., TTS 1_89,turifuza ko baduha utwo dufaranga twacu tukikenura n’abana bakarya maze tugasubira mu kazi kabo, TTS 1_90,abwira umuhinzi ati uyu mwaka ni uwa kane ndumbya, TTS 1_91,Ariko byose byashoboka igihe Leta y’u Rwanda yakwemera gutanga Ndekezi., TTS 1_93,Yahise yandika n’umuziki ahereye kuri iyo ndirimbo igitaramo kiryohera buri wese., TTS 1_94,Habyarimana yavuze ko imikorere mibi y’abo bayobozi bayibwirwaga n’abaturage., TTS 1_95,"Agira ati “Twebwe turi abasirimu n' imyumvire yacu irasobanutse.""", TTS 1_96,ukuntu uhamagara kugirango umenye uko meze nyuma y'ijoro rinini birandyohera., TTS 1_97,bwajyanwe hirya no hino n'intumwa z'umwami zinyura mu gihugu cya Efurayimu n'icya Manase, TTS 1_98,yasobanuye ko uyu munyarwanda afite uburambe kuburyo Sudani y’Epfo yakungukiramo byinshi aramutse akoreshejwe, TTS 1_99,Ubutegetsi bubajwe nuko abo bakinnyi bimutse badakoze amarushanwa, TTS 2_1,ibyo rero bizatuma mushishikarira kwitanga ngo mukurikize ubushake bw'Imana musabwa n'ijambo ryayo, TTS 2_2,Turabasaba kubohoka bakatubwira aho imibiri y’abazize jenoside iherereye hirya no hino tukayishyingura mu cyubahiro., TTS 2_3,Ubutegetsi bwajyanye Furaha bumwambutsa iteme rya Rusumo ajya iNgara muri Tanzaniya., TTS 2_4,Umurenge wa bigogwe mu karere ka Nyabihu uza ku isonga mukugira abana bagwingiye, TTS 2_5,Iki gitero gihuriranye n’urugendo Papa Faransisiko arimo muri Isiraheli, TTS 2_6,Leta yabo ivuga ko ibikorwa byabo bigamije kurwanya ibikorwa by'intagondwa., TTS 2_7,ibi biganiro bigamije gukemura ibibazo by'abakiriya bayo no kubasobanurira gahunda nshya bazabagezaho vuba aha, TTS 2_8,"iyo utankiza izuba wansanzeho, haba hacuze iki? cyo ngaho igendere", TTS 2_9,Yozefu wavukiye mu Budage yakomeje kwambara akagofero kera karanga Papa, TTS 2_10,"Ibyo mu Rwanda byambuza kuza ino , kandi kubyitegura bisaba igihe kuko ari ibintu birebire cyane.", TTS 2_11,Iyo usubije amaso inyuma usanga mu myaka umunani ishize harabayeho impinduka zikomeye mu ngano y’ingengo y’imari, TTS 2_12,Guverineri Uwamariya yerekanye ibibazo by’imikorere mibi mu bucuruzi bw’amata bwagaragaye , TTS 2_13,Ndashimira polisi y’u Rwanda bamfashe neza baranamvuza., TTS 2_14,Iyo ari mu bihe by'ubushyuhe numva nta kintu nshaka gukora, TTS 2_15,Turabivuga tubizi kuko tuzi uruhare rwanyu ko ari ntagereranywa mu kubaka iki gihugu , TTS 2_16,ni ukubashyikiriza incarubanza bakazisuzuma bakanagirwa inama y' inzira bacamo ngo bajurire, TTS 2_17, ubu muri ubwoko bw'Imana mbere mwari abantu batari baragiriwe imbabazi ariko ubu mwarababariwe, TTS 2_18,"Mu bagize Komite Nyobozi, hagomba kubamo nibura mirongo itatu ku ijana by’abagore.", TTS 2_19,Uti dore nanze guhanwa umutima wanjye ntukunda gucyahwa sinumviye ijwi ryawe ariko ndaje, TTS 2_20,Atangaza ko nta muntu n’umwe kugeza ubu watanze amakuru y’aho Mbanjimbere aherereye cyangwa ibyamubayeho, TTS 2_21,umugabo agomba gutekereza yitonze ku byo umugore we akeneye kandi n'umugore ni uko, TTS 2_22,Uganda kandi yemeza ko ingabo zayo zagaruye umutekano muri Sudani y'Epfo., TTS 2_23,ati «bakomeje kumpamagara bansobanurira ku buryo na nyuma y'ifunguro rya ku manywa nasanze bampamagaye bakambura, TTS 2_24,Avuga ko muri iki gihe hari abana benshi bagaragaza imyitwarire idakwiye bitewe n’uburyo babayeho mu miryango yabo, TTS 2_25,uwo mushinga woherezwa muri Komisiyo ihoraho bitewe n’ibyo iryo tegeko rireba, TTS 2_26,Mutesi Anita yibukije ko akarere ka Kayonza katanze inka aka Ngororero kagatanga inkwavu., TTS 2_28,tumaze gutera intambwe ifatika ibikorwa ni byinshi kandi ubushake n’ubushobozi turabifite, TTS 2_29,Ariko uzi gupfa ubizi wategujwe n'isaha uri buze kwicwaho!, TTS 2_30,Muri Hoteli Gorila ntiwabona icyumba ku munsi wo kwita izina byose biba byarafashwe., TTS 2_31,gucururiza amazi i Goma bihangayikisha abatuye umujyi wa Gisenyi, TTS 2_32,aho iryo tangazo ryavugaga ko abarugaragaraho bose bagomba gukemura ibibazo byabo bitarenze iminsi irindwi, TTS 2_33,Afurika y’Epfo yamaze kohereza abazashyirwa muri iyo myanya uretse umukozi ushinzwe ibikorwa., TTS 2_34,Sinshaka kubazwa ngo ” Kiliziya Gatulika ni iki?”, TTS 2_35," cyangwa, “ ngo Kiliziya Gatulika ibahe”?", TTS 2_36,"tumaze kwiga uko bategura indyo yuzuye n’uburyo umwana arerwa, hari byinshi byahindutse.", TTS 2_37,uyu Murenge wa Kivu uturanye na Parike y’igihugu ya Nyungwe uhana imbibi n’igice cy’Akarere ka Nyamasheke, TTS 2_39,Ndibuka ko njya kubyara abaganga bambwiye ngo barabona umwana yiruka mu nda., TTS 2_40,Ibi bisaba ko babanza gushaka ibyangombya byabo cyangwa se bagahitamo gusigara kandi bari bafatanyije urugendo, TTS 2_41,"twagerageje gushaka umu ""sitari"" turamubura ariko ntibivuze ko gahunda yacu tuyihagarika", TTS 2_42,"Iyi nzu nzayituramo kuko ni impano Imana yampaye,", TTS 2_43,nta kindi nteganya kuyikoresha., TTS 2_46,Ibi bivuze ko nzajya nkorana na we imibonano mpuza bitsina, TTS 2_47, ubuhanzi bumaze gutera intambwe mu Rwanda, TTS 2_48, kandi na leta ibwitayeho, TTS 2_49,Amerika si shyashya., TTS 2_50, ariko nishimiye kuba mu gihugu cy’igihangange gitanga amahirwe menshi, TTS 2_51,Abitabiriye iyi nama basobanuye imbogamizi , TTS 2_52, zituma muri aka karere nta nganda nini nyinshi zihaba, TTS 2_53,Aho muzakorera hose muzarangwe n’ikinyabupfura , TTS 2_54,kuko aricyo kiranga abapolisi b'urwanda burigihe, TTS 2_55,"mu mutima wa kirisitu, ", TTS 2_56, hari haganjemo guhuza n’Imana mu buryo bwuzuye, TTS 2_57,kandi habagamo amahoro nyakuri, TTS 2_59,“Mayirungi ni ikiyobyabwenge kandi uyifatanywe wese arabihanirwa., TTS 2_60,"Ndabyuka buri gitondo nkamwenyura ,", TTS 2_61, nishimira undi munsi ntigeze ntekereza ko nzabona., TTS 2_62,"Agira ati “Bazitemye ku murizo no mu mugongo, barazikomeretsa ariko bitari cyane.", TTS 2_63,Mulindahabi yatangaje ko akwiye kuburana adafunze kuko asanga atasibanganya ibimeyetso., TTS 2_64,"ntabwo yigeze agerageza gukosora imyumvire bari bafite ku bijyanye no kwigomwa ibiryo,", TTS 2_65,Jonisoni yabaye umukinnyi mwiza wo hagati mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba., TTS 2_66,ugomba kubereka ko ushobora kubaho mutari kumwe, TTS 2_67,"Uwo munsi, izo nsoresore zarwanye inshuro enye abaturage bakazikiza.", TTS 3_1,babisobanuriwe hagamijwe kubamenyesha amategeko abarengera no kubasobanurira uko bakurikirana ibibazo byabo, TTS 3_2,Bisa nkaho Tomu yibagiwe ibyerekeye iki kibazo ariko nyuma arakora cyane, TTS 3_3,Hishwe Abatutsi bo muri Nzahaha mu Kagari ka Butambamo, TTS 3_4, bicirwa ahantu hatandukanye., TTS 3_5,kugira ngo bijyane n’imihigo baba barahize yo kuzamurira abaturage imibereho myiza, TTS 3_6,Ati Ibihugu byinshi biri hano bishyigikiye kandi birashaka impinduka muri ako kanama., TTS 3_7,"nawe arabihakana, umwarimu wacu amaze kubimenya ni bwo babimubajije arabyiyemerera.", TTS 3_8,Mariya yaje kumenya uburyo bwo kwinjiza porogaramu y'ubuntu muri mudasobwa ye, TTS 3_9,bisaba izuba n'imvura kugirango umukororombya ubeho. , TTS 3_10,Nta mukororombya wabaho utagira izuba n'imvura, TTS 3_11,"Bwana muyobozi, nkwandikiye ngirango nkusabe kuntambukiriza iyi nkuru ikubiyemo Ibitekerezo byanjye bwite.", TTS 3_12,"Muri rusange, humvikanye ko yemera ko yabeshye abanyarwanda, kandi ko nawe ubwe abihaze!", TTS 3_13,bashoramo amafaranga bizeye kubona inyungu z’ikirenga ariko abenshi birangira bahombye, TTS 3_14,nagirango mbagezeho uyu muvugo nise inzozi ziranga zikanzonga, TTS 3_15,Nzayisenga yashatse kutwumvisha, TTS 3_16,yibanda cyane ku mwanya wa Bikira Mariya muri ibyo bihe byose, TTS 3_17,Mugabe yasabye urukiko ko rutegeka ifatirwa ry’imigabane Ahamedi afite mu bigo bitatu , TTS 3_18,umukinnyi w’umupira w’amaguru wo muri Gabo nibwo yavutse., TTS 3_19,televiziyo ya Uganda yerekanye amashusho uyu mupolisi ahagarika abigaragambya anafata ibere rya Turinawe, TTS 3_20,Mureke dushimire Imana kuko iyo ibishaka iba yaratugize imbwa tukajya tumoka nkazo., TTS 3_21,ukwiriye gucecekesha iryo jwi ryo mu mutima wawe rigushuka ukumvira umwuka w'Imana ukuburira buri gihe., TTS 3_22,Abagera ku bihumbi bitatu bazaba bamaze kuyahabwa mu mpera z’iki cyumweru., TTS 3_23,Iyi nama irabera mu nyubako iherereye mu Mujyi wa Buruseli., TTS 3_24,Iyi myigaragambyo ni ya gatatu ibayeho kuva mu kwezi kwa gatandatu., TTS 3_25,"Ubwo nifashishije utwo dutabo twombi, cyane cyane ako ka porogaramu za leta, narumiwe.", TTS 3_26,Guverineri Munyantwali ati Nkunda ingingo zanjye zose sinarota hari n’urwava ku mubiri wanjye., TTS 3_27,Andika ikintu cyose uguze n' igiciro cyacyo Ku mpera z' ukwezi andika amafaranga wabonye n 'ayo wakoresheje, TTS 3_28,Twaje ku cyumweru nageze hano saa mbili ninjira mu nzu., TTS 3_29,Gusa hari abishimira imyitwarire n’amafoto bamwe bita mabi ya Rihana., TTS 3_30,Tomu yari yicaye mu mwijima ninjiye mucyumba ncana amatara, TTS 3_31,Ibi ngo nibitagira icyo bihindura azakurwa ku butegetsi hifashishijwe igisirikare , TTS 3_32,"Iri tandukaniro rigaragara ku mafaranga yo kwiyandikisha, ayo kwiga n’ibindi bikenerwa mu burezi.", TTS 3_33,imfungwa ntazo bafite! ibi bigaragaza ko hakiri umubare w infungwa ziba zidafite impapuro, TTS 3_34,Yakomeje agira ati “Ubundi abarangwa n’umuco wo kunyereza bo bafite nibyo banyereza., TTS 3_35,Ati “Ababivuze nkeka ko wenda batubonanye bagakeka ko dukundana ariko ntabwo ari ukuri., TTS 3_36,ndetse anyoherereza ifoto kuri Watsapu apfutse ku mutwe nk’umuntu wakomeretse cyane, TTS 3_37,Kugira ngo inshuti zawe zose zite kuri gahunda iri mu gitabo cy' amasosiyete, TTS 3_38,Ibyo kumpimbira umwenda wawe wambara utankwira ntabyo nshaka., TTS 3_39,Abanyarwanda twambara imyenda yizihiye u Rwanda, TTS 3_40,Inama y’Abaminisitiri yemeje Amabwiriza ya Minisitiri ashyiraho ingamba zo kurinda umutekano w’inyubako za Leta, TTS 3_41,Zimwe mu mpamvu yavuze harimo kutagirira icyizere abacamanza no kutakirwa kw’abatangabuhamya bashinjura., TTS 3_42,"igomba kandi gukora ku buryo abagore batishoboye, abapfakazi, imfubyi n'abana birera baba mu ngo zabo bitabwaho", TTS 3_43,Ahanini bikanaterwa n'uko aba bahanzi bashinjwa gukora umuziki wo guhimbaza Imana uvanze n'uwo kwishimisha, TTS 3_44,"nyuma y’izo mbyino, umwe mu bakoze yubile witwa Twagirayezu, yavuze ijambo ", TTS 3_45,Sinzi niba ari ukutanyurwa kuko ibi byose nabimubajije akambwira ko ataribyo., TTS 3_46,usanzwe n'uw' amenyo bose mu kigwi cya diporome aya mashuri abaha seritifika iyo bayarangijemo, TTS 3_47,Sinigeze numva ibintu nk'ibi ku muntu uwo ari we wese, TTS 3_48,hariho inzoga z’amoko menshi ndetse inyinshi muri zo ngo ni ubwa mbere uyu muhanzi yari azibonye, TTS 3_49,"Ubushinwa bufite igishoro kinini muri Uganda, ariko bumaze guhomba amafaranga menshi kubera ubujura.", TTS 3_51,"Ibyo nibyo biduha kumvikana kuko duhuje ibibazo maze tugatabarana, tukabana, tugasangira tukanasa.", TTS 3_52,Roberi namufashije kwandika impapuro zigaragaza impamvu atagikeneye kubana n’uyu mugabo, TTS 3_53, umuririmbyi w’umunyamerika akaba n'umwe mu bagize itsinda rya Pentatoni nibwo yavutse., TTS 3_54,mu mujyi wa kigali hazashyirwamo inzira zihariye za bisi zitwara ba mukerarugendo, TTS 3_55,Yagize ati Nimara gusaza nzahindura imyitwarire ariko ubu imyaka mfite ntabwo inyemerera kwitwara nk’umusaza., TTS 3_56,"yari intangarugero , atari no ku bw'ubuhanga bwe bwo kuroba gusa", TTS 3_57,Ati Icyo gihe nahise nsohoka ibintu babijyana ku mbaraga na n’ubu sindabibona, TTS 3_58,None rero aya ni ukuyakuramo ukaramira mugenzi wawe nawe ejo akazakuramira igihe uzaba uyakeneye., TTS 3_59,"noneho abantu bose bashobora kubona neza uruhu rwanjye rwera, ingingo, n'amagufa", TTS 3_60,"Yagize ati “Yafashwe ubu afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kanjongo, arimo arakorerwa idosiye.", TTS 3_61,hanyuma Musa n' abatambyi b' abalewi babwira abisirayeli bati ni muze dutambe, TTS 3_62,"Yakomeje agira ati ntacyo ndi bushinje abakinnyi banjye, bibaho rimwe na rimwe.", TTS 4_4,Alubumu ya mbere yerekanywe mu Gushyingo ., TTS 4_5,Urukiko rwasabye ubushinjacyaha ibindi bimenyetso ntibwabibona maze buhitamo guhagarika burundu icyo kirego., TTS 4_6,Kayumba ni umuraperi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, TTS 4_7,Bibaho iyo watandukanye n’umuntu mwahoze mukundana ariko ukaba utarashobora kumuharira abandi, TTS 4_8,yavuze ko imyumvire ari kimwe mu bibangamira gahunda zo kurandura iki kibazo , TTS 4_9,Yashoje ashimira Abanyarwanda n' inshuti z' u Rwanda zikomeje kubaba hafi, TTS 4_10,Abakwirakwizaga aya mafoto bishimiye uyu mugabo cyane bamwereka kandi ko ari intwari iharanira uburenganzira bwa muntu, TTS 4_11,yadusobanuriye adakikira ingorane yahuraga na zo mu mirimo ye, TTS 4_12,Ati “Ubwo twahamagazwaga n’urukiko ngo twisobanure kuri iki kirego twarusabye kugira icyo rukora ngo afatwe, TTS 4_13,Depite Kankera yavuze ko ayo ari amafaranga ya leta yangijwe, TTS 4_14,Abasirikare ba Kinshasa bazwiho kutagira ikinyabupfura mu kazi kabo, TTS 4_15,Umugore we yaramufashe atitaye ku byo yamukoreye bimushimisha yirukana inshoreke ye, TTS 4_16,"jya urya imyungu, amadegede, ibitunguru bya puwaro, ibitunguru by'ibijumba na tungurusumu", TTS 4_17,Muri ibyo bihano harimo kubirukana mu kazi no gufatira impushya zabo z’inzira., TTS 4_18, icyo mbona ni uko yohani na shitani itazamwemera kuko ari umugome ukabije!!!, TTS 4_19,Abo twaguze baraje ngo dukore ihererekanya ry'ubutaka ndanga kuko bambeshye, TTS 4_20,Abamarayika barinze Yozefu na Mariya igihe bavaga iwabo i Nazareti, TTS 4_21,"Abamamaye mu Rwanda ni sentore,mico n’abandi.", TTS 4_22,"icyo nshaka ni uko wemera ibyaha byawe wacumuye ku uwiteka Imana yawe “sinzakureba igitsure kuko ndi umunyambabazi""", TTS 4_23,Mulisa yatandukanye na Sanyu nyuma yo kumwerekana mu muryango we no kumukwa, TTS 4_24,Nkaba numva ku nkengero z’imigezi nka Giciye haterwaho ibiti aho bitaraterwa., TTS 4_25,"Yagize ati ""Dufitanye umubano wihariye n’umubyeyi wemeye kudutwitira, turamwizeye muri urwo rugendo rwose.", TTS 4_26,Aba baganga bazabikorera muri Kaminuza yigisha iby’ubuvuzi, TTS 4_27,yanze gucumbagizwa no gucibwaho urukoma nk’insina ngufi; ashyiraho demokarasi inogeye kandi ibereye abanyarwanda atitaye k'uko abandi babibona, TTS 4_28,ariko inasize ibimenyetso bifatika byerekana impinduka mu mitekerereze y’Abanyafurika, TTS 4_29,nateraga imbere mu buryo bwihuse kandi bambwiye ko iyo nkomeza gukorana umwete nashoboraga no kuzaba musenyeri, TTS 4_30,Mu Murenge wa Kimihurura mu Mujyi wa Kigali basigaye bamena ibishingwe bivuye mu ngo zabo mu mihanda, TTS 4_31,"Ntashye nasanze yarakaye cyane, ndamuhamagara ngo tuganire araza ariko icyo mubajije cyose ntansubize.", TTS 4_32,Bamwe bemeza ko izi nka zibwa bigizwemo uruhare n’abashumba bazo., TTS 4_33,Mubyara wanjye yadusanze aho twari dutuye hafi y’umupaka w’u Bubiligi, TTS 4_34,ubumenyi bwacu bukomoka mu myumvire yacu. , TTS 4_37,yahuje icyo yagombaga gukorera mu Mujyi wa Moreyale kuwa Kabiri n’icyagombaga kubera i Toronto kuri uyu wa Gatatu, TTS 4_38,Basanga ari byiza ko bahabwa igihano cy'imirimo nsimburagifungo mu rwego rwo kubagorora kuko abagihanishijwe cyabasubije ku murongo, TTS 4_39,ngo bitume buri wese yiha kurujora uko yiboneye asize iwabo bicika akaza kubonerana igihugu cy’u Rwanda, TTS 4_40,Jyewe nibera I bijyojyo mu giturage kibi batazi n'amajyane icyo ari cyo, TTS 4_41,barahamya ko utazatunanira kuko n'abasekuruza bawe bameneshejwe mu gihugu cyabo inshuro ebyiri, TTS 4_42,ihita ipfa kandi nta bimenyetso byihariye bitinda ibanza kugaragaza kuko utwo dukoko tugira ubumara bukomeye, TTS 4_43,Kanda hano wumve ikiganiro kirambuye Byumvuhore yatanze ku kwirukana Kalisa., TTS 4_44,"Bisangwa Beni Nganji ni umuhanzi akaba n’umunyarwenya yamenyekanye cyane mu mukino usetsa yise,Inkirigito", TTS 4_45,mpita nzamuka umuturirwa njyayo gusa mu nzira ngenda nyura ku cyumba kirinzwe cyane, TTS 4_46,Uyu munsi sinabuza umuntu kubikora ahubwo navuge ibye hanyuma umwuka wera akore ibye., TTS 4_47,"Ibigo bitagenerwa ingengo y’imari, harimo n'ibigo by'amashuri bivugwaho kudakoresha neza umutungo ", TTS 4_48,Ese ni ubuhe buryo n’intwaro Kamali afite byo gukoresha ngo yigizeyo Diyane ?, TTS 4_49,Nuko mbona undi mumarayika aguruka aringanije ijuru mu kanya gato abamarayika benshi batangira kuvuza impanda baririmba., TTS 4_50,"umunsi umwe tuzazana umwuzukuru wanjye hano, tumwigishirize munsi y'iki giti", TTS 4_51,"Mu ijoro ryakeye, twumvise urusaku rw'amasasu n'induru ku muhanda hafi y'idirishya ryacu.", TTS 4_52,za kaminuza ziganjemo iz’ikoranabuhanga zizakenerwa mu nganda n’ibikorwa byo gushyiraho imiyoboro ya murandasi, TTS 4_53,"bantu banjye bi Kigali, umuhungu wanyu yahageze, ejo tuzakora ibirori, birashyushye", TTS 4_54,"igihe navaga mu bitaro bwa mbere, nari kumwe na marayika wanjye uturutse mu ijuru", TTS 4_55, dutangire duhangayike se ntitugishoboye kubikoresha? Duhindure se tujye ku bindi bitatwihutisha cyane?., TTS 4_56,Kimonyo yasabye ibihugu bigiha umwanya abahakana bakanapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi kwikosora., TTS 4_57,"Rihana yagize ati Ntamukunzi mfite ubu, ariko birambangamiye cyane.", TTS 4_58,iyi banki ifasha bamwe mu bana babo kwiga kandi bibafitiye akamaro, TTS 4_59,Inyungu uyu muherwe yagize yaturutse ku izamuka ry’ibiciro by’inzu mu Bushinwa., TTS 4_60,Mugenzi we Gatarayiha Selemani yunze mu rye agira ati”Nanjye nkunda Kiyovu, TTS 4_61,"Azavugana kandi na Salifu, Petero, Beni na Kanu.", TTS 4_62, yavuze ko kwibuka bikwiye kuba inshingano za buri muntu uhereye ku bakirisitu., TTS 4_63,"Hilariya ati nzaba Perezida wa bose, abantoye n’abatarantoye kandi nzarwanya ibyihebe.", TTS 4_64,Kuba ibindi bihugu byo mu Karere nabyo byakongera bikagaruka mu ruhererekane rw’imvururu birashoboka cyane, TTS 4_65,Misi Shimwa avuga ko yatangiye kuririmba muri korali y’abato afite imyaka itandatu, TTS 4_66,twahisemo ko aruhuka uyu munsi kugira ngo ejo azabe ameze neza, TTS 4_67,Mu bandi bayobozi bazaba bari mu Rwanda harimo Kaberuka wigeze kuyobora Banki Nyafurika Itsura Amajyambere, TTS 4_68,Hari i bintu bimwe utari uzi kuri uyu mugabo tugiye kukubwira mu magambo make, TTS 4_69,nararebye nsanga iki ari ikibazo gikwiye gutekerezwaho na buri munyarwanda , TTS 4_70,"Ntekereza ko ari ubwumvikane bwabo, yenda ni ikintu amakoperative ajyaho inama akagishyiraho.", TTS 4_71,Mu gice cya kabiri umutoza Mico yahinduye byinshi byongera imbaraga mu gusatira izamu, TTS 4_72,"ndifuza ko wambera umukunzi, kandi ndumva nshaka ko tuganira ku buryo bwihariye", TTS 4_73,harimo izina ry’umuyobozi w’Akarere ka Rusizi ariko ngo yayobewe izina rya Minisitiri w’Intebe, TTS 4_74,aho inzego z’umutekano zifashishije ibyuka biryana mu maso ngo zitatanye ikivunge cy’abigaragambyaga, TTS 4_75,Ibi ni ibitangazwa n’ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara n’abahanga mu bijyanye n’imyororokere y’abantu, TTS 4_76,"Ku nshuro ya mbere, nta mukandida watanzwe n'ishyaka rimenyerewe cyane mu Bufaransa.", TTS 4_77,"Insanganyamatsiko iragira iti “Twubake u Rwanda twifuza, duteza imbere imiyoborere myiza, twita ku muryango”.", TTS 4_78,"Bari bazi ko atigeze yigishwa n’abanyabwenge bazwi, ariko bagatangazwa n’ukuntu ari We ubasobanurira", TTS 4_79,iyi misemburo ifasha umubiri kuyaza ibinure bitera umubyibuho., TTS 4_80,ubutegetsi nabwo bushinga ibinyamakuru bigamije kubacamo ibice bishingiye ku moko n’uturere, TTS 4_81,Icyo kigo kivuga kandi ko kigiye gusohora icyegeranyo cya mbere cyerekana uko ibintu byagenze., TTS 4_82,Gusa ngo hari izikoreshwa igihe gito nk’izitangwa n’amabanki zizwi nka borudero, TTS 4_83,gushyira mu bikorwa ibyo bavuze bizashoboka kubera ko twumvikana n'abaturage bacu , TTS 4_84,bazaryozwe icyaha cyabo kuko umuntu uryamana n’umugore wa se biba ari amahano, TTS 4_85,Gahunda y'umurimo w' ubugenzuzi igaragaza ko raporo zakozwe neza cyane, TTS 4_86,"Amategeko yo mu Bufaransa, yabuzaga Erike, gushakana na Elizabeti wigeze kuba mukase.", TTS 4_87,Hanyuma Yezu agiye kubasubiza arababwira igihe yigishirizaga mu rusengero ati mwa ndyarya mwe, TTS 4_88,ndetse n’umunwa w'ingona warupfutseho agatambaro keza akagenda ayisomagura ku munwa nk’uko abashakanye babigenza, TTS 4_89,umwana ni ko kuyibwira ati yego ni byo! ubu ni wowe umfite, TTS 4_90,yaretse kuba umunyabwenge n'umunyampuhwe uhebuje abandi bayobozi maze arasyigingira ahinduka umuntu utwaza igitugu, TTS 4_91,Icyo nakizeza abazabyira ni uko Imana izanshoboza nkabagirira akamaro., TTS 4_92,mu kiganiro n' Inyarwanda yavuze ku bijyanye n’iyi simukadi na terefone ashinjwa kwiba, TTS 4_93,Hanyuma Padiri Osikari aribwiriza ahamagara Dogiteri Pulaside uyobora ibitaro bya Gihundwe., TTS 4_94,ubu ni ubwa nyuma nsezeye ku muntu nibwiraga ko nshobora gukunda ubuzima bwanjye bwose., TTS 4_95,Iryo sinywa ry’amasezerano ryari rihagarariwe na Musenyeri wa Diyoseze ya Butare nyilicyubahiro Filipo Rukamba., TTS 4_96,uru rukingo rushyashya ruzaba rugurwa icya kabiri cy'amafaranga iza mbere zagurwaga., TTS 4_97,kubera ko bamwe n’akazi bakora katazwi kandi abaturage bakaba bahora bataka ubujura, TTS 4_98,misi liliyane ntiyigeze abasha kwegukana ikamba kuko ryegukanywe na nyampinga wari uhagarariye boliviya., TTS 4_99,inyandiko z'abashakashatsi zivuga ko ibimenyetso byiza bihari ari magufa yatwo gusa., TTS 4_100,"mu mpera y’iki cyumweru, muzayoberwa uko mwita ku nshuti zanyu nshya bitume mudatuza.", TTS 4_101,imbaraga zigenda nabi ni mbi cyane kurusha intege nke zigenda nabi, TTS 4_102,yabwiye abafungwa ko adakeneye amashyi nk’ayari amaze guhabwa Bamporiki nyuma y'uko abaganirije bakanyurwa, TTS 4_103,ni byiza gukandakanda aho imbwa yagufashe ukahegura byaba na ngombwa ukahasegura kugirango habyimbuke kandi ububabare bugabanuke, TTS 4_104,Ibi Polisi y’u Rwanda yabitangarije mu karere ka Kayonza umurenge wa Rwinkwavu, TTS 4_105,"navanze byeri na rikeri, mfite umujinya gusa ufite intandaro, ariko siko mpora", TTS 4_106,kandi ugomba kwitondera umubiri w’umukunzi wawe ukamenya icyo yifuza n’uburyo acyifuzamo, TTS 4_107,"tomu aho mperukira kumwumva acuranga, nabonye ari umuhanga mu gucuranga inanga", TTS 4_108,Muri iyi myaka yasohoye indirimbo ze ku giti cye zirimo “Jenifa” ., TTS 4_109,Agira ati “Nishimiye Mitiweri bampaye kuko mfite abana barindwi n’umugore tukaba icyenda., TTS 4_110,Kuko mu ntara abayobozi bafashwa na leta kugira imodoka ni batatu gusa harimo na Guverineri, TTS 4_111,asanzwe azwiho ubuhanga n’uburambe mu bya sinema ni na we uyobora Kwetu firime, TTS 4_112, hari bamwe mu bakinnyi bahitagamo gukina umukino umwe mu gihe abandi bayikinnye yose uko ari itatu, TTS 4_113,Hakizimana Kevini na Rashidi ni bo bafashije Haringingo Faransisi kubona amanota atatu y'uwo munsi, TTS 4_114,Abagize iyo Korali bavuze ko kuririmba bajugunya inkweto hasi ari ikimenyetso cyo kwisubiraho, TTS 4_115,Ali Sudi yakomeje avuga ko ajya yifuza ko Nyamirambo yamera nk’uduce tuzwi dukomeye mu myidagaduro nka Vegase, TTS 4_116,Benisuda ashinja ibyaha by’intambara impande zari zihanganye mu ntambara yo muri Afuganisitani., TTS 4_117,yaboneyeho umwanya asaba abaturage gucika ku nzoga kuko zangiza ubuzima, TTS 4_118,Murangira ati Nibyo koko ni ibintu bikomeye kandi byafashe imyaka myinshi., TTS 4_119,Bibiliya ivuga ko kugendana n' umuntu bikubiyemo kumukunda no kumva ari inshuti yawe magara, TTS 4_120,Ibi bikaba bitandukanye n’ibyabaye kuko aba bakinnyi bajyanywe mu icumbi ry'abagenzi , TTS 4_121,Ibi bituma hari inganda nyinshi zikora inzoga cyane cyane izikomeye zibifashisha zamamaza ibinyobwa byazo, TTS 4_122,Amakuru ava mu buyobozi bw' u Rwanda yemeza ko kabuga yafashwe, TTS 4_123,ubu bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kanjongo mu gihe iperereza rigikomeza, TTS 4_124, Agira ati igihe umuhamya wa yohova yansuraga aho nakoreraga akansaba ko twigana Bibiliya yashakaga kuyisobanukirwa, TTS 4_125,"Ayo masezerano, mu mateka, ni ikimenyetso cy’ibyo Perezida Kagame yavuze byo gutsinda ariko ntiwigambe.", TTS 4_126,kuri ba bana b’intama barindwi buri wese muzamuha akebo k’ifu., TTS 4_127,Yari yambaye impu zidakannye kuko ariko abahanuzi b'icyo gihe bambaraga, TTS 4_128,Inote ya mbere yatangiye gukoreshwa mu Burayi ikozwe na banki ya Suwede, TTS 4_129,Abaturage bavuga ko baheruka kubona amazi igihe Perezida Kagame yazaga gutaha amavomero mu murenge wa Murambi, TTS 4_130,Karekezi yagize ati “Ndumva nyuma y’aha nzicara ngatekereza nkumva icyo ngomba gukora, TTS 4_131,"Imana idusaba kubwira abandi ineza yayo igira iti: “ni cyo gituma muri abagabo bo guhamya ko ari jyewe mana""", TTS 4_132,Ati “Bigaragaza intege nkeya n’uburangare twashyize mu kuragira intama dushinzwe, TTS 4_133,"babikora ku manywa na n’ijoro bagasakuma , bagapakira ku manywa bakajyana ibyo bajyana.", TTS 4_134,Ngirente yagaragaje ko kugwingira bigira ingaruka zikomeye ku bana., TTS 4_135,Ese iyo bari bubikore bahana gahunda cyangwa umwe yumva bimujemo agahita abikora?., TTS 4_136,ni cyo gituma nshaka kubwira ubutumwa bwiza namwe abari i Roma., TTS 4_137,Yaravuze ati :’’Ntitugomba guha icyuho abanyabyaha cyangwa ngo tureke ibihugu byacu bibe ubuhungiro bwabo., TTS 4_138,Umubyeyi wa Sentore yari arwariye mu Bitaro bya Gisirikare by' i Kanombe., TTS 4_139,Mu kiganiro cyatanzwe ku ruhare rw’umugore mu kubaka igihugu hagaragajwe ko abifitemo uruhare runini , TTS 4_140,Hariho abantu benshi bikundira utunyamaswa tubana n’abantu mu rugo nk’imbwa n' injangwe., TTS 4_141,Kuko abana bo mu Murenge wa Ntongwe n'uwa Kinazi batangira gukorera amafaranga bakiri batoya, TTS 4_142,Turakangurira abaturage bagikoresha inkwi n’amakara kubireka bagakoresha Gazi kuko ihendutse kurusha amakara., TTS 4_143,Amashusho yafashwe yerekana ko Maduro yarebye hejuru igihe yari agejeje hagati imbwirwaruhame ye, TTS 4_144,Byatewe n’uko muri Uganda hari amatora kandi imodoka zitwara abagenzi zikaba zitari zemerewe gutambuka., TTS 4_145,Depite Bamporiki avuga ko bitangaje kubona buri gihe Rwanda Deyi iba, TTS 4_146,Abo iyo mvura yangirije ibintu ni abaturiye umugezi wa Sebeya., TTS 4_147,Musemakweri avuga ko bazakomereza aho yagejeje arifasha gukomera, TTS 4_148,mu bagize ubwo bwoko harimo abantu b'abanyabwenge bita cyane ku kwiga ibijyanye n'inyenyeri, TTS 4_149,"Mico , afite umwana witwa Juliyusi yabyaranye na Godanse.", TTS 4_150,"Uretse gutandukanya amagambo yandikwa kimwe, amasaku n’ubutinde binadufasha kumenya uko amagambo avugwa", TTS 4_151,Hoteli Ituze yegereye Ikivu haruguru y’umuhanda wa kaburimbo, TTS 4_152,Ibi bintu bicike n'ababikora bumve ko ari ikibazo babihagarike., TTS 4_153, kuri uyu wa Kane urukiko rwavuze ko ibyo Donavani yashinjwaga bimuhanaguweho., TTS 4_154,yatangaje ko ibikorwa nk’ibi bifitiye akamaro abarwayi n' iterambere ry’urwego rw’ubuvuzi mu Rwanda, TTS 4_155,Ageze mu Rwanda ngo yasanze abana b’abavandimwe be bakiriho ndetse n'abakoraga batarirukanwe ku kazi, TTS 4_156,uzongere wumve abo bantu bavuga ngo bishe abanyarwanda., TTS 4_157,Pasiteri Gasare Mikayeli yavuze ko Umukozi w’Imana wese ari n’Umukozi wa Leta, TTS 4_158,Kigali Tudeyi yakoze incamake y’amakuru yaranze ubutabera nk’imwe mu nkingi enye guverinoma y’u Rwanda igenderaho, TTS 4_159,Daniyeri yavuze ko nta guhindura icyemezo bafashe cyo gukorera yehova nta kindi bamubangikanyije na cyo , TTS 4_160,Guhagararira inyungu z’igihugu mu kindi ni umurimo ukunze guhabwa umwenegihugu w’igihugu azihagarariyemo , TTS 4_161,Yagize ati “Ubusanzwe nkina umupira w’amaguru nshaka kwereka buri wese ko mbishoboye., TTS 5_1,hatangijwe ubukangurambaga bwiswe impuhwe bukorerwa Alise wakatiwe igifungo cya burundu., TTS 5_2,Yagize ati“Twigeze kugira iki kibazo igihe abaturage bari batarasobanukirwa uko bategura indyo yuzuye., TTS 5_3,Muri Sinode iheruka hamaganwe imiryango nterankunga ihatira abantu kuboneza urubyaro bakoresheje imiti., TTS 5_4,Abenshi mu bapfuye ni abagwiriwe n'inzu n'abishwe n’umwuzure., TTS 5_5,"Kubera iyo mpamvu, Leta ni yo yonyine itanga Icyapfuye ngo Gisanwe Kugira Ngo gikoreshwe", TTS 5_6,Inkuru y’umwana aheruka kubyara yamenyekanye mu buryo bwashidikanyijweho kuko atakunze kumuvugaho., TTS 5_7,Umuhango wo gushyingura Nyakwigendera Gapfizi uteye utyo, TTS 5_8,Ushobora kumbwira impamvu muri buri mudugudu harimo amatorero abiri?, TTS 5_9,Kandi ntibivuze ko uyambaye wese aba yataye cyangwa yubahutse umuco nyarwanda., TTS 5_10,yarahiye ko atazigera akora Perezida mu ntoki, TTS 5_11,Ibi bituma bamwe mu barwayi babona ko barangaranywe n’ikigo nderabuzima mu by’ukuri, TTS 5_12,"Emabule Mbituyumuremyi, yasabye Abanyarwanda kwitwararika kuri gahunda z’ubuvuzi bw’iyi ndwara Minisiteri yabashyiriyeho.", TTS 5_13,"Yari arimo agenda n’amaguru igihe yasabwaga kwerekana ibyagombwa, nk’uko bivugwa na Ansa.", TTS 5_20,"Gabore, umukinnyikazi wa filime w’umunyamerika ukomoka muri Hongiriya nibwo yavutse.", TTS 5_21,Ni ibihe binyabiziga bitagombera ikimenyetso kibiranga iyo byambukiranya umuhanda cyangwa biwugenda ku ruhande, TTS 5_22,Kazane Arena ni sitade yubatse mu Mujyi wa Kazane mu Burusiya., TTS 5_23,Ubushinwa bwatangaje abategetsi bakuru ariko ntawateganyijwe uzasimbura perezida Shi Jinipingi., TTS 5_24,Abavandimwe babiri b' Abanya Gana bafashwe bashinjwa ibinyoma bafungwa amezi abiri, TTS 5_25,Itsinda rya Sawuti Sole rimaze iminsi muri Amerika ryavuyeyo ryerekeza muri Afurika y’Epfo, TTS 5_26,"Bukwiye gukurikiranirwa hafi n’ubutabera, bugasuzumwa hakarebwa niba bufite ireme n’agaciro.", TTS 5_27,Izi mashini zitinda gukonjesha amata bikaba byayangiza kuko zimara amasaha ane cyangwa atanu, TTS 5_28,kimwe na Zimbabwe tugiye kurangiza ibijyanye n’amategeko maze hatangazwe ko iyo sitati ivanyweho., TTS 5_29," Gatera yahise ansuhuza, yinjira mu nzu, arambwira ngo ni nihangane gato araje.", TTS 5_30,Aliyasi Tala wasimbuye Mohamedi nawe yishwe ari muri kajugujugu, TTS 5_31,Abaganga bashyize hamwe inkunga yo kumubonera ibyo akeneye kugeza abonye inzu maze umurenge umufasha gusubira iwabo, TTS 5_32,Uyu mukobwa na nyakwigendera bari inshuti magara banasangiriye mu kabari mu ijoro yapfuyemo., TTS 5_33,Abahagarariye urubyiruko bavuga ko abavugabutumwa bataborohera ku ikoreshwa ry’agakingirizo., TTS 5_34,Icyo gihe abakire benshi bifuzaga kugura urwo rubuga ariko Zake akabyanga , TTS 5_35,Bamwe mu bafashwe bari bafite impapuro z'inzira zo muri Afurika y’Epfo., TTS 5_36,Manzi ntiyatekerezaga ko mariya azaza kare mu gitondo bityo aburana avuga ko atari ahari mu ijoro Mariya yishwemo, TTS 5_37,"Ku buryo, abakoloni b’Abongereza bari baramufunze, bagombye kumufungura, bemera ko ashyiraho guverinoma y'agateganyo.", TTS 5_38,umuntu urya nk'ibyo urya yakagombye kuba ari umukozi w'umunyembaraga, TTS 5_39,Ibi bisasu byose Koreya ya ruguru yabanje kubigerageza ., TTS 5_40,ngwino nkugire inama kugira ngo ukize amagara yawe n’ay’umuhungu wawe Salomo., TTS 5_41,Fantasitike yateguye ko abakunzi n’abakiriya bayo bazahabwa ibihembo bitandukanye harimo na televiziyo nini cyane, TTS 5_42,Mu mpera z’icyumweru amatorero y' I Kigali yatangiraga amateraniro hakiri kare, TTS 5_43,Igice cya kabiri cyaranzwe n'uko buri kipe yashakaga kubona intsinzi., TTS 5_44,uhandangire neza. wenda no mu bindi bice by'u Rwanda hari bene utwo dusozi. , TTS 5_45,Igiciro kidahanitse ni kintu gituma ugiye kurushinga ahitamo umuntu umwambika., TTS 5_46,uwo muntu wasize mu mbeho ashobora kuba ari intumwa y'Imana , TTS 5_47,"Nkuko byagaragaye mu gice cya mbere cy’umukino, abakinnyi batangiranye imbaraga", TTS 5_48,yahamije ko yigeze kubonana umwe mu bo batemberanaga umuguro w’inkweto, TTS 5_49,ubushakashatsi bwagaragaje ko abagore ari mirongo ine na karindwi ku ijana, TTS 5_50,"Ruganzu yabanje kwigarurira ibice by’Akanyaru, atsinda Nyakarashi, aza i Ruhande, hasigara Ubungwe.", TTS 5_51,ihinduka rya sitati y'umuryango w'itorero ry ubwepisikopi mu Rwanda diyosezi ya shyogwe, TTS 5_52,Iwacu barambwira ngo njye ndya mu rugo ibya mu gitondo nongere kurya nimugoroba ntashye., TTS 5_53,ni ukureba umuzi w’ihohoterwa rishingiye ku gitsina ku buryo hashakwa umuti uhamye w' iki kibazo, TTS 5_54,"Munyihanganire ntabwo ndi umugore uteye utyo, ndacyari kumwe n’umugabo wanjye.", TTS 5_55,Gutanga ubuhamya bw'uko Imana yagukijije ni byiza ariko ugatanga ubufasha bagenzi bawe ., TTS 5_56,Amateka ya Dewo Munyakazi mu magambo make ku bijyanye no gucuranga inanga nyarwanda., TTS 5_57,"Mukasekuru Roza avuga ko yoherejwe ku Bitaro bya Gitwe, umwana akamupfira mu nda.", TTS 5_58,"Se yagarutse mu ma saa sita, yigaragambya akimara kwinjira mu muryango.", TTS 5_59,ese inzira y’amahoro n'ibiganiro iranze none inzira y’amasasu n’intwaro z’ubumara nibyo byemejwe koko, TTS 5_60,impuguke ya Minisiteri y’Ubuzima ku buzima bw’imyororokere no kuboneza urubyaro, TTS 5_61,Urukiko rwanzuye ko hazasuzumwa niba ukwihana umucamanza kwe gufite ishingiro hakurikijwe ibiteganywa n’amategeko., TTS 5_62,Ati “ navuye mu rugo nzindutse nzi ko nsubirayo nkatekera abana bagiye ku ishuri, TTS 5_63,Musabimana utuye mu kagari ka Mubuga ati “Iyo abantu babanye neza byose birashoboka, TTS 5_64,Gatera Gashabana wunganira Adelina Rwigara yavuze ko uwo yunganira arengana ko ibyaha ashinjwa ataribyo, TTS 5_65,Uwitwa umugabo ni uhagarara ku cyemezo yafashe ku buryo yanagipfira., TTS 5_66,"Yagize ati, Ni iby’agaciro kwemera inshingano nahamagariwe zo kuyobora umuryango wacu.", TTS 5_67,Bitewe n’inama ngirwa ku nkuru zitandukanye zinyuzwa aha hamwe n’iz'abandi basaba, TTS 5_68,perezida museveni wakundaga rwigema yahise afata icyemezo cyo guhagarika akajagari, TTS 5_69,"nshyize imbere ibigomba gukorwa ku kazi, kandi ndabaza aho nakoresha igihe kinini", TTS 5_70,yamwenyuye n'ikirahure cya byeri ikonje mu ntoki ati 'urabyita amafaranga?, TTS 5_71,"Yagize ati “Nibiba ngombwa ko na Guverinoma ihagarikwa, tuzabikora twubake urwo rukuta.", TTS 5_72,Bamwe bavuga ko aba agomba kubyumvikanaho n’umuryango we bikarangira kuko aba afite inshingano nke, TTS 5_73,Tuba dushobora gukomereka kuko ababa bambaye inkweto zifunze ari mbarwa., TTS 5_74,Ndetse hari n' abamubwiye ngo ashake amashuka aze korosa umurambo wanjye, TTS 5_75,Abafite amazu yo kubamo barimo baransaba kubakorera igenzura ariko biragoye kuko nsigaje iminsi mike ino aha, TTS 5_76,"Bizimungu wabonye iby’iyo mpanuka yagize ati “ Uriya mugabo wari wikoreye inzoga yari yasinze """, TTS 5_77,"komisiyo yagenzuye ibigo byo mu Turere twa Gicumbi, Gakenke , Ngororero na Nyabihu", TTS 5_78,Muri iki gisigo ni Ndoli uva mu Gihugu akajya i Karagwe. , TTS 5_79,Izindi mpamvu zagaragajwe na Njyanama harimo kudakorera hamwe kw’abayobozi no kuba buri wese atiha gahunda, TTS 5_80,"Bakomoka muri komini Giciye, Kibilira na Satinsyi zo muri Perefegitura ya Gisenyi.", TTS 5_81,Ibi byakozwe kugira ngo atazafatwa nk’intwali ku bari bakimukunze, TTS 5_82,Ati “ We azi impano yanjye sinshobora guca kumwana ntamuvugishije cyangwa ngo muterure., TTS 5_83,Iyo umurwayi atinze kujya kwa muganga agerayo kanseri yararenze i moko ikangiza n’ ibindi bice by’ ibere, TTS 5_84,"Rayila Odinga arahamagarira abarwanashyaka be gukaza imyigaragambyo, kubera kudakunda igihugu.", TTS 5_85,Abashakashatsi b’Abanyamerika bagaragaza ko ibitera indwara ya kanseri ari byinshi muri iki gihe, TTS 5_86,"Aba basore bambaye amapantaro abahambiriye cyane y'umweru, mu gusoza barabyinnye.", TTS 5_87,"Birasekwa umugabo ahera atyo, naho wa musazi Rwugamo, Nyarwaya aramuvuza arakira aranamukiza.", TTS 5_88,Nyuma hemezwa abanyura imbere y’akanama nkemurampaka; buri mukobwa agahitamo ururimi ashaka kubazwamo., TTS 5_89,Obi yumvise yishimye bidasanzwe kuko nta kintu na kimwe yari yarigeze atsinda, TTS 5_90,hari uwiga neza undi agahora asibira kuko agera mu ishuri akitekerereza ibindi ni uko agatsindwa, TTS 5_91,"Nyuma yo gukatirwa gufungwa by’agateganyo, Diyane na Adelina Rwigara bajururiye icyemezo cy’urukiko.", TTS 5_92,Ibi bizafasha ko ishema ry’u Rwanda rikomeza kugaragara n’ibendera ry’igihugu rikazamurwa, TTS 5_93,amatafari n’amabuye mu ngo nabyo bizagabanywa kuko hakenewe ibyatsi n’ibiti bifata amazi, TTS 5_94,Bimwe muri ibyo bikaba ari uko abana bose bavuka barindwa kwandura virusi itera sida, TTS 5_95,Ese ubundi amafaranga Nzamwita na Rubega Patirike bari bagenewe yari angahe ?., TTS 5_96,Benshi mu nshuti zanjye bambwirako nshatse nashyingiranwa n'uriya mwana kugirango niheshe agaciro ariko simbyemera, TTS 5_97,Abarigize na bo banyuzagamo bakerekana ubuhanga bwabo mu kuririmba karahanyuze n’izigezweho., TTS 5_98,Imwe mu ndyo bavuga ko bitabaza ni igisura by’amaburakindi bikanemezwa n’abana ., TTS 5_99,hari Inzira yo gusubirishamo ku mpamvu z’akarengane urubanza rwaciwe ku rwego rwa nyuma., TTS 5_100,Abahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda bamaze icyumweru mu mwiherero ariko ntibarahura ngo baganire banashyigikirane, TTS 5_101,Fondasiyo Rutayisire igizwe n’umuryango w’uwari umuyobozi w’ivuriro ry’amatungo magufi , TTS 5_102,u rugezi rwo kwa basebya ba nyirantwari ruri muri ibyo biyaga, TTS 5_103,Ibi byatumye Inyarwanda ishakisha nimero z’uyu muzungu ngo abazwe byinshi mu byo atangaza, TTS 5_104,"Indyo yuzuye igizwe n'ibyubaka umubiri, ibiwurinda indwara n’ibiwutera imbaraga.", TTS 5_105,Iki gitaramo cyashojwe na Raga Di washimishije abantu mu ndirimbo ze zakanyujijeho nka Ndigida, TTS 5_106,Turampu ati “ Tuzabikora mu buryo bwiza kandi bwubahiriza uburenganzira bwa muntu. Tom yambajije niba nshobora kujyana n'abasiganwa ku igare ku wa gatandatu, TTS 5_109,Kunywa shisha byiganje mu bihugu by’Abarabu ariko na Tanzaniya ifite imico yabo., TTS 5_110,Hashize iminsi ataboneka kuri televiziyo., TTS 5_111,"Ni byiza kurya indyo yuzuye ifite amavuta make, ikize kubyubaka umubiri, irimo imboga n’ibinyampeke.", TTS 5_112,kandi kuri icyo gitambaro ushyireho ikimenyetso cy'umweru kigaragaza ko yiyeguriye Imana, TTS 5_113,"Nyamuheshera yumvise ko Nkana yari umuhigi, arishima kuko na we yabikundaga.", TTS 5_114,ndibaza ukuntu narose ndimo niruka nahagiye ariko ntazi ikirimo kinyirukankana bikanyobera , TTS 5_115,Nzakora ibishoboka byose menyereze barumuna banjye kandi mbafashe kwiteza imbere., TTS 5_116,Ikirugu ni ikimenyetso cy'ivuka Yezu ryizihizwa n'’abakirisitu kuri Noheli., TTS 5_117,"Iyo ndirimbo yamenyekanye mu cyumweru gishize, ihita ihererekanwa ku mbuga nkoranyambaga.", TTS 5_118,yitanga kabiri mu kwezi kugira ngo abigishe bibiliya , TTS 5_119,Ati “Icyo ntakwiriye kubabwira ni intsinzi y’urupfu kuko nanjye waramye nzapfa, TTS 5_120,indwara n’ibindi bibazo by’intambara n’amakimbirane babicyemuraga bifashishije umuco kandi bakanyurwa, TTS 5_121,aryoherwa n’ubuzima iyo yicaye agafata inkono y’itabi agatumagura, TTS 5_122,bari kunzeezwa N’uko ncitse umwanzi Nabaye umusaraba Wigereka ku yindi;, TTS 5_123,Bizimana yagize ati Kubarokora ntibyari byoroshye kuko uyu murenge warimo abacengezi benshi, TTS 5_124,yavuzweho gukundana na debora kugeza aho abibazwa n' Inyarwanda., TTS 5_125,Kuri uyu wa Gatatu abarwayi batanu b’umwijima bahawe umuti uwukiza burundu , TTS 5_126,Twagiramungu ni umugabo kandi bamwe bibwira ko afite ibyo yakorera abanyarwanda, TTS 5_127,"Ngeze mu gisirikare nabaye, nabyo byaramfashije mu buhanzi bwanjye.", TTS 5_128,Byaradutangaje kubona hari abakuwemo bafite abaterankunga abandi bagasigaramo ntabo bafite., TTS 5_129, Habineza yanasabye Guverinoma ya Nigeriya kwemeza amasezerano ku mpande zombi ajyanye n’ingendo z'indege, TTS 5_130,Aririmba injyana zitandukanye harimo rege, TTS 5_131,intati ni umuntu uhemukira mugenzi we, TTS 5_132,Hari ibyangombwa tutashoboraga guha abakiriya bacu mu gihe cy’imvura twagombaga gutegereza izuba rikava, TTS 5_133, ivuga ko ubushakashatsi butandukanye bugaragaza imikorere y'amabanki yo muri Afurika, TTS 5_134, yashimye ingamba u Rwanda rwihaye zo kurwanya ubukene no gusaranganya ubukungu bw’igihugu, TTS 5_135,Nkunda ko ari umwimerere kandi itunganyirizwa mu Rwanda ”., TTS 5_136,abo mu mahanga bakareba intambwe igihugu cyateye kimwe n’ amahirwe bagira mu ishoramari, TTS 5_137,Uyu mugore Yezu yavuganaga na we yari yaje kuvoma , TTS 5_138,Inkongi yatangiye saa kumi n’imwe z’umugoroba ku cyumweru mu ruhande rw’inyubako ruberamo imyidagaduro, TTS 5_139,"jyewe sincurangira ibihumbi icumi cyangwa mirongo itanu, mbikorera amafaranga menshi.", TTS 5_140,kandi muri urwo rusaku humvikanaga n’amajwi y’abakirisitu bakora mirimo mitagatifu mu nsengero, TTS 5_141,Yishwe Jenoside igitangira kuko yarwanyaga imikorere mibi y’ubutegetsi bwa Habyarimana., TTS 5_142,yavuze ko abatashye baje mumahoro ntawapfuye ariko ko hari abaguye mumashyamba bahunga., TTS 5_143,Mbese mu Rwanda hari itegeko rivuga ko muri buri gihugu habamo ambasade y’u Rwanda, TTS 5_144,Abantu bateye imbere baba bafite ibyo bahugiraho kandi byuzuzanya., TTS 5_145,Yagize ati :”Umwe ndamubwira nti nshuti turavugana akanya gato ndwaye umutwe maze turekera aho., TTS 5_146,"Ubundi iyi myanya tuyijyamo tumeze nk'abagiye ku rugamba, tukazishima dutabarutse.", TTS 5_147,biteguye kwigaragambya ejo ubwo iyo nkuge izaba imurikirwa rubanda , TTS 5_148,"ndagukumbuye ariko sinshobora guhora mbigaragaza, sinabibwira abantu buri gihe, ariko ndagukumbuye bikabije", TTS 5_149,Agira ati“Ni gake tubona utwunganira mu bibazo nkibi bibabaje., TTS 5_150,Bamushinja gukoresha ububasha fite mu kwigwizaho imitungo irimo amazu n'amato bihenda ., TTS 5_151,Imbogamizi zishingiye ku myumvire no ku kutitabira gushaka ubushobozi mu ngeri zose tugomba kuzitsinda, TTS 5_152,Yihishe mu mirambo ararokoka agize amahirwe asanga na nyina yarokotse ariko yakomerekejwe cyane., TTS 5_153,intsinzi ntabwo ari iyanyuma kandi gutsindwa ntibikuraho umurava wo gukomeza ibifite akamaro. , TTS 5_154,Nasabaga umugabo amafaranga yo guhaha akambwira ngo ninyasabe mabukwe bikambabaza ariko nkihangana, TTS 5_155,Kugeza ubu ntariregura ku byaha byose ashinjwa n’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu., TTS 5_156,Birakwiriye ko niba twemeza ko dukijijwe tugenzura imbuto twerera abo tubana , TTS 5_157,Iyo winjiye muri gari ya moshi itwara abagenzi ubona amavarisi atondetse ku murongo, TTS 5_158,"Umuyobozi ushinzwe Imenyekanishabikorwa muri Sebamedi, Uwimana, yatangaje ko iri rushanwa rigamije guteza imbere Basiketi.", TTS 5_159,hari amagambo menshi avugwa buri wese agahita yibuka Yanga , TTS 5_160,"Igihe yirukaga inyuma y'umuhungu mubi, rumwe mu nkweto ze rwaracitse", TTS 5_161,Yewe ushobora kuba warakunze benshi ushingiwe ku byateganyijye muri gahunda ya guverinoma yakozwe, TTS 5_162,Mu gihugu cya Uganda abanyeshuri biga muri kaminuza bafashwe barimo basambana ., TTS 5_163,twamaze kubona abafatanyabikorwa n’imirimo izakomeza vuba uretse ko hari ibigitunganywa, TTS 5_164,ubwuzuzanye bw'inzego zinyuranye nibwo bwatumye muri uyu mwaka bikunda, TTS 5_165,Umuganda rusange wakorewe mu gishanga cya Bishenyi gihuriweho n’umurenge wa Runda n'uwa Rugarika., TTS 5_166,Iri tsinda ryemeza ko mu ngingo zirimo zerekanwa harimo n’imibiri y’imfungwa z’Abashinwa zishwe, TTS 5_167,abakobwa batukiwe muri gari ya moshi bibajije ukuntu abantu bashobora kumera gutyo, TTS 5_168,"Ni uburyo buzatuma indirimbo zanjye zijya ku isoko mpuzamahanga, kandi n’abanyarwanda bakazikunda.", TTS 5_169,"uko niko ijwi ry’umuntu rigera mu matwi y’Imana, kwinginga kwe kukakirwa mu ngoro yo mw’ijuru", TTS 5_170,tangira ubutabazi bw’ibanze mu kubungabunga umutima n’ibihaha, TTS 5_171,Icyo ukwiriye kuzirikana ni ukudakora ibyo ukunnyuzura yari yiteze, TTS 5_172,Ubutegetsi cyangwa abategetsi batarengera cyangwa batita kubo bayobora baba ari abacanshuro !., TTS 5_173,Iyo ni nayo yabaye intandaro y’ibibazo yagiranye n’ubutegetsi kugeza igihe apfiriye amarabira, TTS 5_174,wowe ubona nta cyo bivuze kandi Bibiliya ibitwizeza , TTS 5_175,Iyi mvura yaguye ku gicamunsi yasambuye ibyumba bibiri birimo abarwayi, TTS 5_176,Abamarayika bayoboraga Yozefu kugira ngo ubuzima bwa Yezu budahungabana., TTS 5_177,Akanama gashinzwe amahoro ku isi kavuga ko ubu abanya-Sudani y’Epfo benshi batangiye guhunga, TTS 5_178,Iyi ngorane ije yiyongera ku zindi abaganga basanganywe mu kuvura iyo ndwara., TTS 5_179,akandi gashya kabereye muri ubu bukwe ni uko kalebu na Sabine babyinnye kakahava., TTS 5_180,Ibi ni ukugira ngo ifashe abanyarwandwa kwiga igihe baboneye umwanya., TTS 5_181,Bizimana yabwiye Kigali Tudayi ko hari icyizere ko ibi bibazo bigiye gukemuka, TTS 5_182,"kandi bampaye indurwe nk'ibyo kurya, ngize inyota bampa divayi irura", TTS 5_183,Bazanye impfizi y' intama barayitamba maze imbaraga za ya sekurume y' ihene ziburizwamo, TTS 5_184,gusa ngo gushora imari muri Yesu ntibijya bihomba, TTS 5_185,Bivugwa ko hazanwaga abatutsi benshi ngo bicwe ariko kugeza ubu imibiri yabo ntiraboneka, TTS 5_186,Obama yatangarije mugenzi we wa Koreya y’Epfo ko Amerika yiteguye gufasha igihe izaba ikenewe, TTS 5_187,Yanafashe gahunda yo gupima abinjira mu Rwanda banyuze ku kibuga cy’indege i Kanombe., TTS 5_188, yasinye itegeko rihagarika ivangura rishingiye ku ruhu mu nzego zose muri Amerika, TTS 5_189,Avuga ko nta yindi mpamvu yatumye ajya kwiga gukora inkweto uretse kuba yarabikundaga kuva akiri umwana, TTS 5_190,"Agira ati “Urubyiruko, abize n'abatarize, bakeneye kumenya bihagije ubuzima bw’imyororokere.", TTS 5_191,"binjiye mu rusengero batuje maze bumva amajwi y’abagabo, abagore n’abana basingiza Imana", TTS 5_192,Kabeja avuga ko abayobozi b’amadini bakwiye kugabanya igitsure bashyira ku bayoboke ba bo, TTS 5_193,Umuryango mpuzamahanga wemeje ubwigenge bw’ibihugu bya soloveniya na Yugosilaviya., TTS 5_194,bakaba bafite intego yo kujya ku masoko hirya no hino mu gihugu, TTS 5_195,Ni umushinga twifuza ko warangira vuba kandi ibihugu byose bikumva ko ikigamijwe ari inyungu zabyo., TTS 5_196, kuri uyu wa Gatatu impanuka y'ikamyo yabereye muri Kagali ka Nyarutarama mu murenge wa Byumba, TTS 5_197,Nsabimana na Mukamurenzi bashakanye babyaranye kane., TTS 5_198,Lubosha avuga ko aba bantu bahunze ibihugu byabo bagana muri Afurika y’Epfo, TTS 5_199,Ni mu gihe bamwe mu banyamyuga bagayirwa kutaba inyangamugayo mu kazi kabo, TTS 5_200,"Muri iri murikagurisha, hari abasore n’inkumi birirwa babyina kugeza bwije.", TTS 5_201,Urutonde rw'abashakishwa rwashyikirijwe abadepite ba Zambiya basuye u Rwanda., TTS 5_203,Yakomeje agira ati “Ibyo byatumye nta kundi twabigenza uretse kubirukana., TTS 5_204,ibikoresho byiza byose byari mu nsengero, TTS 5_205,"uwiteka Mana yanjye, wumve gutakamba no gusenga k'umugaragu wawe ", TTS 5_206,Indirimbo yatumye bakundwa bakanamenyekana yitwa Magorwa, TTS 5_207,Iruhande rw'iyo mitako ahashyira ubwato bubaje kugira ngo bubonwe n'abambuka inyanja bose, TTS 6_1,hashyizweho umubitsi w'impapurompamo z'ubutaka ku rwego rw'igihugu n'ibiro bishinzwe ubutaka mu turere twose, TTS 6_2,Ni ubwa mbere umuyobozi wo mu nzego zo hejuru mu Bufaransa yemera ruhare rwabo ku mugaragaro, TTS 6_3,Aho umuhanda wa gari ya moshi ugarukira bahasanze umuyobozi ugenzuraga amakamyo ajya mu bushinwa, TTS 6_4,Beni Ladeni yari yarakorewe filimi imwerekana nk’uwapfuye akazuka igihe gito mbere yo kwicwa, TTS 6_5, Tereza afite igikundiro nababandi uba ubona bakonje baramukunda, TTS 6_6,Ibitangazamakuru mpuzamahanga byavuze ko amasasu yumvikanye I Kinshasa ariko nyuma hakagaruka ituze., TTS 6_7,Ikiruhuko kinini kizajya kiba mu kwezi kwa Nzeli gusa., TTS 6_8,Kubera iyo mpamvu ndatsindagira bintu bibiri uburyo igifaransa cyahagaritswe mu Rwanda n’amahindura yacyo., TTS 6_9,nta kintu na kimwe gituma isi iba nini cyane ku buryo yajya kure y'inshuti , TTS 6_10,Umuntu aba umunyamuryango nyuma y'ijonjora kandi nibo bohererezwa igitabo, TTS 6_11,"ibicuruzwa byose bifitwe n'Abafaransa hano, rero kubatsinda byari ibintu bigoye kuri twe.", TTS 6_12,ku buryo mu minsi mike yimuwe nshuro ebyiri zose., TTS 6_13,yahinze ibihumyo kuva ari umwana kuko ariwo murimo ise yakoraga., TTS 6_14,bavuga ko kuba uruganda rutunganya icyayi rwa Gatare rutinze kuzura birimo bibahombya, TTS 6_15,"Hashize icyumweru bamwiye ko natsinzwe, ushinzwe kunshakira amakipe arimo arashaka iyindi.", TTS 6_16,"Biragorana ko umuntu nk’uwo yajya mu kabyiniro, ni iyo mpamvu twateguye iki gitaramo.", TTS 6_17,Hana yasengeraga mu mutima iminwa ye ikanyeganyega ariko ijwi ntirisohoke, TTS 6_18,cyane ko uyu mugore we yanze kenshi ko Safi agaragaza ko bakundana, TTS 6_19,Abakozi umunani nibo bapfuye i gihe uyu muhanda wakorwaga., TTS 6_20,"intare nayo irye ingwe, maze na njye mbarya mwese.""", TTS 6_21,hamwe n'abagore be batanu n’abana be icyenda na nyina Kanjogera n’abo mu muryango wabo, TTS 6_22,igihembwe kibamo ibyumweru umunani byo kwigisha. Integanyanyigisho yagendeye kuri ibyo byumweru, TTS 6_23,Abantu beshi bakunda kuryama biseguye ariko imisego yose si myiza, TTS 6_24,"Ntiyagendanaga n' insoresore z’inkozi z’ibibi, kubera ko yarezwe neza.", TTS 6_25,Nubwo ibyo dukeka tutarabyemeza kuko hakegeranywa ibimenyetso  n'iperereza ku cyateye impanuka rikaba rigikomeza, TTS 6_26,Umuntu na n'ubu ijuru rimuhanze amaso ngo rimukize icyaha, TTS 6_27,"yavuze ko Kiliziya Gatolika igomba ""gukaza ibisabwa"" mu guhitamo abashaka kuba abapadiri.", TTS 6_28,Bimwe mu bibazo by'abacitse ku icumu ntibikemuka ku buryo burambye, TTS 6_29,ntukakire buhumyi ibije byose nibyo bizagufasha gutinda mu rukundo , TTS 6_30,Uyu mugabo avuga ko iyo amenyo y’ingona agera ku igufwa byari kugorana., TTS 6_31,Iyo mibare ngo ni iy’abana baba bafashwe bakajyanwa mu bigo ngororamuco., TTS 6_32,"Ushobora no kohereza ubutumwa bukoze mu mashusho ,mu amajwi n’ibindi.", TTS 6_33,Hashize ibyumweru bitatu Nyandwi ashimutiwe mu mujyi wa Muhanga none umuryango we uratabaza., TTS 6_34,"Iyo mishinga yiganjemo ibikorwa remezo nk’amashuri, ibigo nderabuzima, imidugudu, amashanyarazi n'imihanda;”.", TTS 6_35,yagumye ivuga ko izatera Amerika na Koreya y'Epfo kuva aho ishyiriweho ibihano n'amahanga, TTS 6_36,Ntabwo ari ibyo kwihanganirwa ukuntu akora irondaruhu bamwanjamye binyuze ku mbuga nkoranyambaga., TTS 6_37,uko waba ukize kose isanduku uzahambwamo izaba ari urukiramende ntabwo izaba ari uruziga., TTS 6_38,Inkuru nk’izi ziba zigamije gufasha abazisoma kugira icyo bakunguka cyane cyane urubyiruko., TTS 6_39,yari ayifite mu gihugu cya Kenya no mu birwa bya Morise, TTS 6_40,nta magambo biba byarateye ngo ni uko umuntu unyuze mu murima w’impeke uw’imbuto cyangwa ku muzabibu, TTS 6_41,Itangazamakuru ryo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryatangaje ko Beyonse yibarutse, TTS 6_42,Ayinkamiye yahise ageza ikibazo cye kuri sitasiyo ya Polisi y'I Gihundwe, TTS 6_43,"aribo biyerurutsaga bagahisha ko batinya icyaha, hamwe n’umuco wabarangaga w’ishyaka ryo guhesha Imana icyubahiro bakabirutisha ibindi byose", TTS 6_44,"Hari ubwo Imana ibareka bakiyumvamo amahoro, icyakora igahoza ijisho ku migenzereze yabo", TTS 6_45,Buri gihe mba mparanira gukora ikintu kidasanzwe kibonwa kandi kinakoranye ubwenge ntawe niganye, TTS 6_46,"Uvuye iburyo Mushimiyimana, Niyonzima na Ngomirakiza igihe bishyushyaga.", TTS 6_47,Iyi gahunda ngo iri mu rwego rwo guteza imbere kugenda n’amaguru no guhuza imihanda, TTS 6_48,Bwana Petero yavuze ko yari asigaye yumva “yaratereranywe” na leta y’Ubufaransa., TTS 6_49," yakomeje agira ati ""Ibimenyetso bihari birakomeye kandi biragaragaza ibyaha bikomeye byo kurya ruswa mu mikino.", TTS 6_51,ubundi bagatozwa imyuga n’ubumenyingiro bizabafasha kwigirira akamaro nibasezererwa muri iki kigo, TTS 6_52,mushiki wanjye ati nkwiye gukuramo inda kuko nkiri muto cyane sinabyara, TTS 6_53,Nibwo bukungu butamungwa Imana yaduhishuriye muri uriya Mwana watuvukiye i Betelehemu., TTS 6_54,yavuze ko Simba yarekuwe mu cyumweru gishize mu ibanga aho yari afungiye, TTS 6_55,"maze ibikeri byuzura mu gihugu cyose, Igihugu cyose gikwira umunuko kugera ibwami kwa Farawo ariko ntibyatumye abarekura.", TTS 6_57,Kugeza ubu umuhungu muto afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Kanjongo., TTS 6_58,Ntagozera yatanze ikiganiro gisobanura imvo n’imvano ya Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda., TTS 6_59,Uyu munsi mu gihugu hose hatangijwe icyumweru cyahariwe ibikorwa bya polisi ., TTS 6_60,Inteko nshingamategeko y'Ubwongereza n'Ubufaransa zitegerejweho kugira icyo zivuga ku bitero biherutse., TTS 6_61,Iteme rya Sarajevo ririmo rirubakwa mu Mujyi wa Bariselone muri Esipanye, TTS 6_62,Reba amashusho y’indirimbo nshya bafatanyije na nolesi yitwa Baramponda, TTS 6_63,Izi nzirakarengane z’abasirikare bakagombye gukorera igihugu n’imiryango yabo none bakomeje kwicwa bazira ibitekerezo byabo, TTS 6_64,Urenga inzu ebyiri uvuye ku giti cy' ipamba kizwi cyane , TTS 6_65,ndetse n’aho bigeze kugira ngo biterwe inkunga bityo bizakomeze kugirira abanyarwanda akamaro, TTS 6_66,Umukobwa wamenyekenye ku kabyiniriro ka Biju yerekanye amafoto agaragaza amabere ye ., TTS 6_67,"Ntimute umwanya mukemura ibibazo bitari ngombwa, cyangwa muvuga amagambo atabafitiye akamaro.", TTS 6_68,bavugaga ko igihe kigeze ngo batere ingabo mu bitugu Turampu ariko we abyumva nko kumwibasira, TTS 6_69,icyambere ni imyumvire ishingiye ku muco nyarwanda hagakurikiraho imyemerere y’amadini cyangwa amatorero”, TTS 6_70,sinshaka kwicuza ibyaha ku munyabyaha nkanjye ngo ni uko yambaye ikanzu cyangwa yize ishuri runaka, TTS 6_71, haravugwa ikibazo cy’ibitabo byanditse mu nyandiko z’abatabona bikiri bike mu gihugu, TTS 6_72,Indege yo mu bwoko bwa Antonovu yakorewe mu gihugu cy’u Burusiya, TTS 6_73,Icyakora Gitoli uyobora Akagali ka Kagasa mu murenge wa Gahanga avuga ko ikibazo gishingiye ku myumvire, TTS 6_74,Nk'uko ibyiciro byabo byari bimeze abe ariko bagenda, TTS 6_75,umucukuzi w'ishwagara Ntiyemerewe gukora indi mirimo itari iyo, TTS 6_76,Kwiyicisha inzara ni kimwe mu bigaragaza ko umuntu atishimiye ikintu runaka, TTS 6_77,Abo bayobozi b'amadini n’abayoboke babo bazi ko aribo barimbuye inyokomuntu?, TTS 6_78,Kuribwa umutwe bishobora guterwa n’impumuro ikabije cyane ku bantu bakunda kuwurwara , TTS 6_79,Iragena ati “Twaje gufasha abakecuru b’incike tubereka urukundo nk’uko barutureze, TTS 6_80,ugendana n'abanyabwenge na we ukaba umunyabwenge wagendana n'abapfapfa ukaba we, TTS 6_81,"muvandimwe, ngushimiye ko uri inshuti nziza kandi kwifurije isabukuru nziza", TTS 6_82,Karangwa yakoresheje telephone ye afata amashusho y'urwibutso y'iki gitaramo cy'akataraboneka, TTS 6_83,Madamu Mukayiranga yatangaje ko arangije amashuri yisumbuye mu ishami ry’ibinyabuzima n’ubutabire, TTS 6_84,batanze ibiribwa muri perefegitura zari zishonje ari zo Butare na Gikongoro, TTS 6_85,Umuryango w'abibumbye wavuze ko ingendo z'indege zajyanaga imfashanyo muri Yemeni zabaye zihagaritswe., TTS 6_86,Hari abavuga ko Abanyamakuru birukankira kuba impunzi kandi bitoroshye kuba mu buhungiro., TTS 6_87,Iyo habayeho impamvu yongera ibyago byo kurwara kanseri y'ibere iriyongera., TTS 6_88,"Harimo barindwi baturuka muri Nigeriya, batandatu baturuka muri Romaniya na bane bo muri Alibaniya.", TTS 6_89,Inkuru ya Peter Benenson yise “Abanyururu bibagiranye” yanditswe mu binyamakuru binyuranye hirya no hino ku isi, TTS 6_90,Ariko imfura yigira inama yo kugira ubuntu ikamenya ko ari jye Yehova ubeza, TTS 6_91,ubu sinshobora kubona icyemezo cy’amavuko kubera amakimbirane ari mu muryango mvukamo, TTS 6_92,ko aha hantu hadatuwe turavana hehe imigati ihaza abantu bangana batya?, TTS 6_93,"Gusa, nubwo izi mpunzi zivuga gutya, umuyobozi w’ibitaro bya Kirehe siko abibona", TTS 6_94,"Ni imyenda itwikira umusatsi, igice cya ruguru n'icyo hepfo.", TTS 6_95,Muri iki gitaramo hazerakanwa ibyino gakondo n’ imikino yo kwishimisha iranga iki gihugu., TTS 6_96,Agira ati “Sinari nzi ko ntwite batatu kuko ntigeze njya kwa muganga kubera kutagira mituweri, TTS 6_97,ati ubu ndasezeye kuri iki gice cy'ubuzima bwanjye ariko ntegereje ibizakurikiraho , TTS 6_98,Izi ndushyi ninde waziteye umwaku? ., TTS 6_99,cyakora mugeze aho nshaka rwose nimukomereze aho, TTS 6_100,mama yari ameze nk'umupolisi yahoraga anshakishaho amakosa iyo yampaga imirimo yarangenzuraga, TTS 6_101,Imibare yerekana ko buri kwezi hakorwa inyemezabuguzi zigera kuri miliyoni ebyiri., TTS 6_102,Kanenze abategetsi ba Zimbabwe batangaje ko bifashishije abasirikare mu guhosha imyigaragambyo., TTS 6_103,Nanone Dawidi yahamagaje Sadoki na Abiyatari b' abatambyi na Uriyeli, TTS 6_104,Ari hamwe na Perezida w’u Bufaransa basangira banaganira, TTS 6_105,kazitunga yavuganye na Mariya mu gifaransa ariko agasubiza mu Cyongereza, TTS 6_106,Iyo ubonye umuntu akora ibibujijwe ukamukingira ikibaba ushaka indonke iyo iba ari ruswa, TTS 6_107,ari nabo bazajya berekanwa kuri televiziyo zinyuranye zo mu bihugu byo muri aka karere, TTS 6_108,Ati ‘ Naganiriye n’abagore bagenzi banjye bangira inama yo kujya ndya igitoki kirimo ubunyobwa n’intoryi, TTS 6_109,Gusa ngo nta muntu waguye muri iyi mpanuka kandi n’icyayiteye ntikiramenyekana., TTS 6_110,"igihe cyose bazaba batarasohoza ibyo, Imana ntizemera imirimo bayikorera", TTS 6_111,Uru rubyiruko rushimangira ko rusobanukiwe ko gutegura indyo yuzuye bidasaba ubushobozi buhambaye., TTS 6_112,na bo bashaka kwivumbura ku gitsure cy’ababyeyi babahozaho ijisho, TTS 6_113,wumva umeze ute iyo ukandagije inkweto zawe ku ijosi ry’abaturage bawe, TTS 6_114,Abantu bane baguye mu mvururu zabaye hagati y’abapolisi n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bari mu myigaragambyo, TTS 6_115,Igihembo cy’umushoramari w’indashyikirwa cyatangijwe kugira ngo abashoramari bahange udushya, TTS 6_116,Bazakiranwa urugwiro kandi kwakira neza abatugana tubigire intego , TTS 6_117,Itahiwacu uzwi ku izina rya Melodi ni mwene Ntibihangana na Muteteri., TTS 6_118,Icyumba Sage yapfiriyemo cyaranukaga cyane kuburyo kucyinjiramo byasabaga gupfuka amazuru., TTS 6_119,Iyi ni incamake isobanura ibikorwa by' ingenzi byaranze uyu mwaka , TTS 6_120,Abo bana bavuga ko baje mu mujyi wa Kigali gushaka ikibatunga, TTS 6_121,Muri gahunda iri joro turaza kumva mahoro aganira n'umuhanzi Mariya, TTS 6_122,Kubarusha ubukire cyangwa umuntu akaba ari ku rwego rurenze urw'abandi., TTS 6_123,ndetse uwavuga ko ayoboye abakobwa bagenzi be mu bikorwa n’ibigwi mu muziki ntiyaba abeshye, TTS 6_124,"Bavuga ko uretse no kwicwa, ngo abantu basambanywa ku nguvu abandi bagashimutwa.", TTS 6_125,baturuka mu Karere ka Nyamasheke ariko ngo nta kazi kazwi bakorera mu mujyi wa Nyamagabe, TTS 6_126,"Nyuma yo kuyashyikirizwa, yashimiye eyateli Rwanda yamufashije kugera ku ntego yari afite kuva kera.", TTS 6_127,ni uko bigaragara ko za mpinduka zitamena amaraso za Padiri Nahimana zigomba kuba ziri hafi, TTS 6_128,"Kuba rero twaje tungana gutya, ni uko harimo inyungu.", TTS 6_129, hashize amezi ageze muri Amerika ntara tangira gukumbura iwabo, TTS 6_130,Hari kandi kongera imbaraga ku bihugu by’Afurika mu ruhando rw’ibikize ku Isi, TTS 6_131,"Kayonza, Ruhango na Kirehe nitwo turere tuza ku isonga mugutanga ubwisungane mu kwivuza.", TTS 6_132,kuburyo habonetse amahirwe yo gukina filime zo ku rwego mpuzamahanga nakwitabira amajonjora y’abakinnyi, TTS 6_133,"kuko mu kwezi kw’amahundo ari bwo Uhoraho Imana yawe yakwimuye mu misiri, ari nijoro.", TTS 6_134,"Ati ” Uko twongera imbaraga mu gukemura ibi bibazo, niko abantu bakomeza kubigaragaza.", TTS 6_135,iyo rero ushimira uwo mwashakanye ku buryo buhoraho ni ikimenyetso cy’uko mubanye munezerewe, TTS 6_136,Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke ushinzwe iterambere ry’ubukungu ni Niyonsenga, TTS 6_137,"nimu gihe bari batangiye kwishimira ko umuvandimwe wabo yazanzamutse, Ibi byose biri mu mpamvu zo kurinda abakozi bacu ikibi ", TTS 6_138,yungamo ati ese wancyuye ukazagaruza ibyo mu muryango, TTS 6_139,kuko hazajya hakorwa ubushakashatsi bwimbitse kugira ngo haboneke imbuto nziza n’izindi nyongeramusaruro, TTS 6_140,Ibi ntibyigeze biva mu mutwe wa Ronalido kuko azi neza ko Perezi atamufata nk’umwe mu bakinnyi bakomeye yaguze, TTS 6_141,"Gusa, umwana yari atwite baramumubyaje kandi kugeza n’ubu nimuzima.", TTS 6_142,"Yagize ati: “Iyo ntekereje ibyambayeho, nkibuka uburyo marume yankundaga, numva isi indangiriyeho.", TTS 6_143,iyo wibwiye ko byose wabimenye urukundo rwanyu rutangira kuzamo agatotsi., TTS 6_144,Nafunguye igipangu nta bwoba rwose nkandagira nkumva ndahamije., TTS 6_145,Yagize ati “ jye uwayinyibye yari anciye ugutwi kubera imbaraga yakoresheje ayinshikuza kuko nagendaga nyivugiraho., TTS 6_146,Ariko tubashishikariza kubireka kandi hari ababivuyeho kuko babonye ko ntacyo bimaze., TTS 6_147,muri ako karere bashyize imbere isuku no kurwanya imirire mibi , TTS 6_148, kwishyuza abantu kugira ngo ubahanurire ni ukugerageza ukwizera kwabo., TTS 6_149,Aba bakinnyi batatu barimo barumvikana n'ikipe Haruna Niyonzima akinamo, TTS 6_150,Anashinjwa ko yarindaga Bariyeri ziciweho Abatutsi bari batuye muri ako gace., TTS 6_151,gushishikara kugira ngo umwaka utaha buri munyarwanda yumve ko agomba gutabarira urwatubyaye, TTS 6_152,"si ibyifuzo nkeneye, ahubwo ni kumva ko ntari jyenyine", TTS 6_153, mfite umwanya wo gusubiza ubutumwa nabonye mu byumweru bitatu bishize, TTS 6_154,Gaperi yavuze ko batunganyije aho bakorera ku buryo nta rusaku rusohoka , TTS 6_155,ashobora kongera gutsindwa nyuma yo gusibira kuko impamvu nyakuri zitaba zitaweho maze bikamudindiza, TTS 6_156,Ntabwo ari indyarya kuko iyo afite icyo ashaka kukubwira ntaca ikibungo., TTS 6_157,Yishimira ko mu muryango we bafite amahoro n’umutuzo kandi ntasesagura umutungo., TTS 6_158,Nyakarundi yagize ati “Dufite imiti ikoreshwa ku ruhu ahafite ikibazo., TTS 6_159,Si ubwa mbere abategetsi b'u Bufaransa babuza imbwa kumoka., TTS 6_160,"icyubahiro cyabo cyari hafi gushira, bagatatana nk’uko umukungugu utumurwa n’umuyaga", TTS 6_161,Uturwa tumwe na tumwe twubatseho amahotel abereye ijisho ., TTS 6_162,Abaregwa basabye kuburana badafunze kuko ibyaha bashinjwa batabikoze., TTS 6_163,Umusore abona inomero yanjye ya telefoni akanyoherereza ubutumwa bw' urukundo, TTS 6_164,amafaranga y'urugendo avugwa mu gika cya mbere cy'iyi ngingo ntahabwa abayobozi bakuru , TTS 6_165,"tukajya tujyana kuri Sitade nka Sitade ya kigali nabwo sinumve yogeza"".", TTS 6_166,yari afungiye muri gereza ashinjwa icyaha cyo gukubita, TTS 6_167,ikindi n’uko ahantu nk’aha hahurira abantu benshi baje kubyina cyangwa kwunywa inzoga hatabura abadukenera”, TTS 6_168,Bwa mbere iserukiramuco rya Sinema rya Kane mu Bufaransa ryaratangijwe , TTS 6_169,Byatumye niheba ntegereza umunsi wo gupfa., TTS 6_170,utwo turemajambo twitwa ngo iki? , TTS 6_171,bandebereho ni umusaza ufite urukundo n’ubwitange., TTS 6_172,ni nayo yabaye imvano y’inkomoko y’imiryango migari y’Abanyarwanda , TTS 6_173,"abantu bakunda injyana ya Coga, ndabashimira kuko batahwemye kunshyigikira", TTS 6_174,Ngira ngo mwabonye ko mu mukino ubanza ntacyo yaturushaga twarakinnye iratsinda., TTS 6_175,bakareba ibigenda n’ibitagenda maze bakumvikana na leta y'u Rwanda bagashyiraho gahunda z’ibiganiro, TTS 6_176,Abarebye umukino u Rwanda rwakinnye na Uganda n’uwo rwatsinzwemo na Kenya, TTS 6_177,Mbanenande yahamwe n’ibyaha byo kwica no gushishikariza kwica abatutsi mu yahoze ari perefegitura ya Kibuye, TTS 6_178,"uburyo uririmba !!, ntushobora kumva uburyo utuma umutima wanjye utera cyane", TTS 6_179,ikosa rikomeye salomo yakoze ni ukwibwira ko akomeye ku buryo atahirikwa n'abapagani yifatanyije nabo, TTS 6_180, ndetse yamutumyeho bamwe mu bayobozi b’iyi kipe baganira akanya gato nyuma y'umukino ., TTS 6_181,Ambasaderi Karitanyi yatanze impapuro zimuhesha uburenganzira bwo guhagararira u Rwanda muri Irelande, TTS 6_182,Abacukura amabuye y’agaciro ni ba nyirabayazana mu kwanduza amazi y’imigezi., TTS 6_183,ivumburwa rya tv ryazanye impinduka mubuzima bwacu bwa buri munsi, TTS 6_184,Barokokeye jenoside i gihundwe mu karere ka rusizi we n' umuhungu we , TTS 6_185, abwira Mulisa ati ngwino ubambwirire mu kinyarwanda jye ntibanyumva, TTS 6_186,"ibintu byose biramushimisha, ariko nifuza kubona inkweto akora", TTS 6_187,Gusa iyo yihese bikabije ingaruka zivukamo ni uko n’inyonjo iba itagishoboye kuvurwa., TTS 6_188,Yaririmbye injyana zinyuranye , TTS 6_189,I Nyamagabe yaririmbye zimwe mu ndirimbo za nolesi ari nako avuza Vuvuzera., TTS 6_190,Cyangwa se nawe mukobwa niba ufite umukunzi akaba hari ibyo agukorera ukumva urishimye watwunganira, TTS 6_191,"Uretse kuyoga bamwe baranayavoma bakayanywa, bavuga ko asukura mu nda akanavura impyiko .", TTS 6_192,Abadepite babajije impamvu icyo Kigo gishinzwe imiyoborere kirebererwa n'imitwe ya politiki, TTS 6_193,"Namenye ko bamwe mu banyeshuri ari impfubyi, abandi bakava mu miryango ikennye.", TTS 6_194,ngo mujye mu gihugu cyiza Yehova Imana yanyu agiye kubaha ho umurage., TTS 6_195,Ibyamamare byambariye umugeni w'inshuti zabo magara , TTS 6_196,"Bityo rero, imico yacu igomba kuba inzu Imana ituramo", TTS 6_197,Mu bice by’Akarere ka Bugesera hari ahantu hatandukanye haba indaya, TTS 6_198,ku giciro cyagenwe igare ry intambara baritumizaga muri egiputa ku biceri by' ifeza magana atanu, TTS 6_199,Ati “Twumvaga twaragerage kubana neza na buri wese tukumva aho tugeze tutari dukwiye gukorerwa ibintu nka biriya…”, TTS 6_200, Monsengo yasabye abategetsi guhagarika kwica abaturage nk’uko yabivuze mu magambo ye., TTS 6_201,"Ashize amanga, yasubije ibibazo yabajijwe n’umunyamakuru wa Inyarwanda.", TTS 6_202,Cyangwa wabutakaje kubera indwara impanuka intambara cyangwa izindi mpamvu , TTS 6_203,"Uyu mugore yagize ati “Narariraga cyane, nkamwinginga ngo arekere aho ariko ntiyigeze angirira mpuhwe .", TTS 6_204,Namenye ko u Rwanda ruzitabira iryo irushanwa , TTS 6_205,Agira ati “No mu nyamanswa tubona ko isake ari yo yirukankana inkokokazi, TTS 6_206,basobanurirwa ko intwari ishyirwa mu cyiciro harebwe uburyo yitangiye abandi, TTS 6_207,kandi ubu mfite  ingamba nshya zo kuririmba kuko mpugutse, TTS 6_208,"baherutse gutangaza ko batakiri inshuti nubwo, babyaranye.", TTS 6_209,"Ariko nzi neza ko bitewe nuko muganga yambwiye, n’icyo yantegetse ntegereje igisubizo cyiza", TTS 6_210,Mu bitaramo bakora baririmba indirimbo Mama Munyana , TTS 6_211,Abatavuga rumwe na leta bashinja Perezida Kabila gukora uko ashoboye ngo agume ku butegetsi., TTS 6_212,Iri tegeko rishya ryongeraho na jenoside zose zahanwe n’inkiko zo mu Bufaransa ndetse n'inkiko mpuzamahanga, TTS 6_213,Havugwaga ko mu byo ashinjwa harimo no gucuranga indirimbo z’abanyarwanda kandi zibujijwe i Burundi, TTS 6_214,Ni uku Bizimana yari yambaye mu gitaramo cya mbere yaririmbyemo i burayi., TTS 6_215,Bityo abatuye mu murenge wa Huye barasaba inzego bireba gukomeza umukwabu no kubafasha guhashya ayo mabandi, TTS 6_216,"Nahuye n’itsinda ry’abahanzi ryitwa Akitive, bansaba kuririmbana nabo.", TTS 6_217,komisiyo yasanze hari ibiteganywa n'itegeko ku bijyanye no kujonjora , TTS 6_218,Ikibazo cy’ikwirakwizwa ry’intwaro zizakoreshwa mu bwicanyi cyari gihangayikishije benshi nkuko twabigaragaje, TTS 6_219,aho basabwe kuba abanyamwuga no gukoresha ikoranabuhanga rya murandasi kuko byabungura ubumenyi, TTS 6_220,Reba amafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye , TTS 6_221,Aha niho yakuye ubushobozi bwo kujya gukora ubusitani ahandi abifashijwemo n’uwari umukoresha we., TTS 6_222,Ati “Iyo utanga ubutumwa mu ikinamico bwumvikana kurusha gusoma imbwirwaruhame ., TTS 6_223,umwami salomo yandikiye ab'ibisekuru byakurikiyeho abamenyesha amateka yaranze imyaka yapfushije ubusa, TTS 6_224,Icyo kimpoteri giherereye mu mudugudu wa Kabagendera kimaze igihe kitubakiye, TTS 6_225,"ariko ntibyagira icyo bitanga ageza n'aho avuga ko u Rwanda rwuzuye,", TTS 6_226,Arisanzura ariko rimwe na rimwe ntagaragaza ibitekerezo bye kuko agira amakenga., TTS 6_227,Igerageza ryakorewe ku inyamaswa , TTS 6_228,ryerekanye ko bishobora gutera kanseri z 'ubwoko bwose., TTS 6_229,Abaririmbyi bateranye amacupa n’ibirahure mu kabari , TTS 6_230,"Abazajya muri iyo myigaragambyo barateganya kuzagenda bitwaje ibitabo bya Bibiriya, imisaraba n’amashapure.", TTS 7_1,kuko ari na yo abafasha mu dukorwa duto duto tubafasha kuzamura imiryango yabo, TTS 7_2,Agira ati “Twabasabye guhagarika ibikorwa by’iri torero kuko inyubako rikoreramo zitujuje ibisabwa n’amategeko agenga imyubakire, TTS 7_3,"Ntibavuga kanyonjo, gatosho, na gatuza, ahubwo bavuga umuntu ufite ubumuga bw’inyonjo.", TTS 7_4,Agacishamo akabeshya ko intore ze zikora za mudasobwa., TTS 7_5,Bivuze ko intero ya Mpayimana ari ukutavuga rumwe na Leta ariko bidasenya, TTS 7_6,Aba bagabo bombi bakoreshejwe muri gahunda zo gushinja u Bufaransa mu bihe bitandukanye., TTS 7_7,nk’uko abanditsi babivuga ni ukubaka abanyarwanda no kurwanya abapfobya bakanahakana Jenoside yakorewe Abatutsi , TTS 7_8,Barabaragiza amarira bo batarira ahubwo batwara imicuzo n’impozamarira ba nyagupfa bibereye mu gahinda gusaaaa, TTS 7_9,Iyi niyo myambarire itaravuzweho rumwe muri Kigali Fashoni iheruka kuba., TTS 7_10,gerageza gutanga inshoza y’insigamigani., TTS 7_11, Imvugo igira iti: “utabusya abwita ubumera” twabonye ko ari umugani mugufi , TTS 7_12,Ni uko umwami w’Abayisirayeli na we atera abagenderaga ku mafarasi n’amagare, TTS 7_13,ugabanye indyo irimo amavuta menshi n'isukari nyinshi wibande ku mbuto n’imboga, TTS 7_14,yarageraga abantu bakava kuri Radiyo Rwanda bagakurikira iyo kinamico ntibabe bacyumvise inyigisho zo kuri radio y’igihugu cyacu, TTS 7_15,cyakomeje kivuga ko azagaragara muri iyi filimi nta twongera bwiza yishyizeho , TTS 7_16,Ibihugu bikennye kurusha ibindi nibyo bibonekamo cyane imiti itemerewe gukoreshwa., TTS 7_17,"Abaforomo benshi bo muri Kenya bigaragambije kubera kutumvikana na guverinoma ku mishahara,.", TTS 7_18,"Usabyimana Gelasi watorewe kuyobora komite nshya, yavuze ko ibyo basabwe byose bazabikurikiza.", TTS 7_19,Perezida wa Komisiyo y’igihugu y’amatora avuga ko nta tegeko rivuga ko umukandida atumirwa n'inteko itora, TTS 7_20,Kuri sitade yahoze yitwa Kamarampaka hari hahungiye Abatutsi bagera ku bihumbi bitanu., TTS 7_21,Aya matora agamije kuvana igihugu mu bihe by’imvururu kimazemo imyaka itatu, TTS 7_22,Ubu aracyashakishwa kuko twamenye ko ari uwo mu karere ka Burera., TTS 7_23,Kanyankore yirukanwe amaze guhamagara abakinnyi bazitabira umukino wa Gana., TTS 7_24,afite inzu ihenze I Makinde anafite inzu itunganya umuziki ikomeye., TTS 7_25,Bigeze nyuma ya sa sita narazamutse nsubira mu rusisiro., TTS 7_26,ubwo rero sinavuga ko nciye umuco mu banyarwanda kuko ndimo ndashaka amafaranga, TTS 7_27,bamwe mu baturage baturiye ako kabari batabaje polisi bavuga ko batewe n’abantu bitwaje intwaro, TTS 7_28,Mu mpamvu Ubushinjacyaha bwajuriye harimo ko hari itegeko abacamanza batakoresheje kandi Ubushinjacyaha bwararishingiyeho burega Ingabire, TTS 7_29,"Ingoro ndangamurage mu bufaransa yafunguwe ku mugaragaro mu mujyi wa Pari, Icyo yiyemeje gukora aragikora ntabwo yakwemerera ikintu ngo uzagombe kumwibutsa cyangwa kumwishyuza.", TTS 7_30,"Ubu banampaye akazi , sinirirwa nta umwanya muri iyi mpeshyi.", TTS 7_31,Tugomba kwikubita ku Rutare tugashenjagurwa na rwo mbere yo kuzamurwa muri Kirisitu, TTS 7_32,kandi bikatwibagiza imirimo yacu ya buri munsi turangiza twarushye, TTS 7_33,"Ati: ""ese ariya mafaranga ko ari menshi!!! Sha nzayakorera pe!!"".", TTS 7_34,Ahubwo turasaba ko yavanwa byihuse ku rutonde rw’intwari z’ u Rwanda., TTS 7_35,ikigega nyafurika gitsura amajyambere cyatanze impano ya miliyoni icumi, TTS 7_36,Akomeza avuga ko atajya ahangana cyangwa ngo aregere inkiko kubera guhagarikwa azira akarengane, TTS 7_37,Niyo mpamvu rero muri iki gice cya kabiri nabahitiyemo amagambo yakoreshwaga ku Mwami, TTS 7_38,"Nk'u Rwanda, leta z'ibihugu zisabwa gufata uburezi nk 'inkingi y'iterambere rirambye", TTS 7_39,Ikindi cy’umwihariko ni uko ari cyo gihugu cyinjiye bwa nyuma muri aka Karere, TTS 7_40,abantu batabarika banyuraga mu nzira nyabagendwa zo mu bwami bwa salomo]$ ntibamenyeshejwe yehova, TTS 7_41,"Ndabasuhuje nshuti muteze amatwi radiyo, uyu ni umwanya w'ikiganiro Imvo n'Imvano", TTS 7_42,Ibi barabivuga mu gihe bamaze igihe batabona n’igitonyanga mu mavomero., TTS 7_43,nkwifurije umwaka mushya muhire wibuka inkuru nziza zabaye mu buzima bwawe, TTS 7_44,hashyirwaho itsinda rishinzwe kugenzura uko imihigo ishyirwa mu bikorwa., TTS 7_45,"Ibyo rero byanteye kwibaza, ndushaho gusesengura ngo numve igisobanuro nyacyo cy’ijambo rye.", TTS 7_46,Nyirasafari ufite abana babiri baharerewe ari incuke yishimira uburyo ryigisha n'uko rifata abana muri rusange, TTS 7_47,Mubyara we azazanwa no gutwika intumbi no kwarura amagufa mu nzu, TTS 7_48,yanditse ko ayasheshe kubera ko ikigo nta mikoro gifite iby’umutekano ntiyabikomozaho, TTS 7_49,"Uwiteka avuze atya "" Mu nzu ya Dawidi hazavuka umwana witwa Yosiya""", TTS 7_50,Yagize ati “Yari amaze imyaka myinshi atajya ku mugore we w’isezerano., TTS 7_51,"Yagize ati wamaganye buri wese witwaza idini agatuka ababyeyi"".", TTS 7_52, rwanditse ko Neymar ari Umukirisitu Gatulika utanga amaturo n' icyacumi, TTS 7_53,Ati mujye mwiga mutekereza guhanga umulimo kurusha kwishyuza ugomba kuwubaha., TTS 7_54,inyuma imwe irayiruma bikomeye iz’imbere zishaka kuyifata ijosi ihangana nazo ari nako yigobotora irimo iyirumira inyuma, TTS 7_55,Ni bimwe mu bihembo Samputu yahawe hirya no hino ku isi , TTS 7_56,Bizimungu avuga ko afite abakinnyi bumva amabwiriza yabahaye ariko badafite uburambe, TTS 7_57,Imyumvire ikiri hasi n'ubujiji bavuga ko bitera ubukene, TTS 7_58,"Ndi umu rasita niba mfite imyemerere ikwiye, mbese ndi uwo nkwiriye kuba we ", TTS 7_59,"kandi itagize icyo ibura, isaba gukorerwa n'ibiremwa byayo kubera icyubahiro biyifitiye,", TTS 7_60,"Gukira indwara yo mu mutwe ntibyoroshye, uko biri kwose.", TTS 7_61,Abahanuzi ba Bayali bari basenze basakuza kandi bavuga amagambo aterekeranye, TTS 7_62,avuga ko ubwo yabigeragezaga yambuwe n'utwo yarafite akisubirira aho yabaga, TTS 7_63,Iyi ni imwe mu ndirimbo zigize album yanjye ya Gatatu nzasohora mu mpera z’umwaka, TTS 7_64,Yaravuze ati:”Iki gikorwa cyo gufunga insengero nk’izi kirakorerwa mu gihugu hose., TTS 7_65,bikaba ari bimwe mu ntwaro zo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina, TTS 7_66,Naho se icyigeze kugushyimisha kurusha ibindi ni iki ? Ese ni nde wakigukoreye ?., TTS 7_67,Iyi ndirimbo fite amajwi yatunganyirijwe muri Kina iyobowe na Ishimwe , TTS 7_68,Ngo arashaka ko akurikiranwa akabazwa ku byerekeye urupfu rwa Karamage., TTS 7_69,hari igihe navaga mu ishuri ngataha nkaba namara igihembwe ntarigarutsemo, TTS 7_70,Umunyamideli ni umwe mu bari bitabiriye iki gitaramo., TTS 7_71,"Ati “Bamwe bacuruza kubera ko babonye abandi babyungukiramo, ariko ibi sibyo.", TTS 7_72,"Gapfizi, na we yari mu batangije urugamba rwo kubohora u Rwanda.", TTS 7_73,Langwida wafashwe n’isasu yakomeretse bikomeye mu mayunguyungu ibumoso no mu kiganza cy’iburyo., TTS 7_74,"mbese ubwo bagenje batya igiti kikiri kibisi, nikimara kuma hazacura iki?”", TTS 7_75,"Mu myaka irindwi itaha, umuryango inkotanyi wifuza ko u Rwanda rukomeza gutera imbere", TTS 7_76,Ibi bisabwa kubahirizwa mu gihe ugiye guhura n’Umwamikazi., TTS 7_77,yabonye ibaruwa bamusaba gutangiza umushinga bitaga uwa Manatani wo gukora intwaro z’ubumara., TTS 7_78,basabwe kuzana ikindi cyemezo cyerekana ko ubuyobozi bwemeza ko bari muri icyo cyiciro, TTS 7_79,Hari Iteka rya Minisitiri rigena serivisi zitagomba guhungabanywa, TTS 7_80,Uwo mugabo yamweretse imodoka yari yarapfuye yari mu busitani hanyuma aramubaza ati ushobora kuyikora?, TTS 7_81,zifite amataliki n’aho zasinyiwe byerekana uruhare rw'abashinjwa mu byo bakurikiranyweho, TTS 7_82,"Harimo perefegitura ya Kibungo, Kibuye, Butare,Gitarama n'iyahoze ari iy’Umujyi wa Kigali", TTS 7_83,Aho mpera mvuga ko atampaza ni uko ntajya ndangiza kandi nzi uko bimera., TTS 7_84,Kalisa yemereye Ikinyamakuru Umuryango ko ajya yumva abaturanyi ba nyakwigendera bavuga ko Ntivuguruzwa yabanaga na Umuhoza, TTS 7_85,Umva indirimbo ebyiri ziri mu nshyashya aheruka gusohora., TTS 7_86,"bafatanya n'inzego z' ibanze, iz' abikorera , amashuri makuru n' ayisumbuye n'amadini ", TTS 7_87,Ati “Uyu mushinga w’ubwubatsi ni umwe muri gahunda z’iterambere ikigo cyiyemeje gukora muri Afurika, TTS 7_88,"No mu buzima, ufashe urugero rw' bitaro by'indwara zo mu mutwe by'i Ndera ibintu byose ubu bikoresha ikoranabuhanga", TTS 7_89,Urubyiruko rwagaragajwe nk’urukwiye guhabwa umwihariko mu kubaka Umunyarwanda urangwa n’ibihe Isi igezemo., TTS 7_90," Butera,ngo isuku yo mu mutwe we ayitekerezaho kurusha ibindi byose.", TTS 7_91,Ati Tuzamworohereza kubona inguzanyo tumwishingire abashe kugura moto ye byihuse, TTS 7_92,Urubuto rwa Wotameloni rugira amazi atuma umuntu agira imisemburo ituma ashaka gukora imibonano mpuzabitsina., TTS 7_93,"Mu nyamaswa zitari ingagi hari iz'inyamabere nk'inguge zo mu bwoko bw'inkima,", TTS 7_94,nawe yemeje iby’iyi mpanuka ariko avuga ko kugeza ubu imibiri y’aba bagabo uko ari babiri itaraboneka, TTS 7_95,Icyo gihe abakobwa bahatanye nta myitozo ihagije bakoze kugeza ku musozo w’irushanwa, TTS 7_96,bakishakira umugisha w’Umwuka ubaganisha ku gukoresha uwo Mwuka Wera mu kwishakira indamu , TTS 7_97,Inama bangiriye bambwiye ko ngomba kugabanya imirimo nkora nkaruhuka., TTS 7_98,arasaba abanyarwanda kumushyigikira mu irushanwa ryo ku rwego rw’isi rya banyampinga b’Umuco, TTS 7_99,Bibasaba kongera kubaka uyu munsi no mu myaka izaza., TTS 7_100,Yagize ati “Ni umwe gusa utarimo ukora nk' ibisanzwe kubera imirimo yo kubaka., TTS 7_101,"Yongeyeho ati: ""Abo bakinnyi bose barasa nk'abanezerewe ariko igihe cyo kugira icyo dutangaza ntikaragera.", TTS 7_102,Buriya ngo singombwa cyane kubwira umugore ko ushaka ko mutera akabariro, TTS 7_103,Ndasaba abakunda umuziki bose kuzaza kunshyigikira kuko nabateguriye ibintu byiza cyane., TTS 7_104,Ni yo mpamvu iyi Komisiyo ikwiye kureba amategeko atajyanye n’igihe akavugururwa., TTS 7_105,Umutwe ni igice cy’umubiri mugomba kwitondera kuko mushobora kugira ibibazo., TTS 7_106,Akomeza avuga ko hari ibintu bidasobanutse byakozwe na Kazungu nk’ abantu b'inshuti magara, TTS 7_108,abenshi bakoresha ibintu bibi ugasanga bibatera n’ibindi bibazo byinshi, TTS 7_109,Akigera mu Rwanda yabanje kujya gusura ikigo kirererwamo abana bafite ubumuga bwo kutabona , TTS 7_110,Abaturage bagaragaza ko bishimiye inyubako z 'amashuri n' isuku izirimo, TTS 7_111,nuko ujye wumva uri mu ijuru utegeke kandi ucire abagaragu bawe imanza, TTS 7_112,"Nyakubahwa Perezida, nabasabaga ko mwasuzuma icyo kibazo, mukazambwira icyo mugitekerezaho n’umwanzuro wanyu.", TTS 7_113,"Ati :"" Binagwaho iyo ahitamo kujya muri Havadi cyangwa ahandi bari kumwakira ariko yihitiyemo kujya I Rwinkwavu kandi ntacyo bimutwaye""", TTS 7_114,"Ati: ”Bishobotse buri munyarwanda yahinga ibihumyo kuko birwanya imirire mibi, byera vuba kandi ku butaka buto”", TTS 7_115,"Yagize ati “Nijye mfura iwacu, ndamutse nshatse umugabo ntakowe byababaza ababyeyi banjye.", TTS 7_116,Byari ku bushake bwe ngo yinjire neza mubyo arimo , TTS 7_117, basakaga urugo rwe ruherereye mu gace kitwa Nakuru bamuta muri yombi., TTS 7_118,Mu gitaramo kimeze nk’ibyo Ineza aherutse gukorera Huye, TTS 7_119,"Harimo imiryango itegamiye kuri leta , imiryango ikorera mu baturage n' abakorera sosiyete sivili", TTS 7_120,ibi bizatuma hamenyekane abiyandikishije mu gihugu no mu mijyi runaka bityo bagenerwe ibiro by’itora, TTS 7_121,Janete yabanje kurwibutsa ko rugize igice kinini cy’abatuye u Rwanda, TTS 7_122,"Hari amakuru avuga ko bakubitwa, bagakoregwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina, abandi bakicwa.", TTS 7_123,ikintu cya nyuma wifuza gukora ni ugutandukanya abakumva ku buryo bakwinginga ngo ureke kubivangira mu buzima , TTS 7_124,ariko ibivugirwa hanze ntibyatuma dutukana ngo natwe tube nkabo, TTS 7_125,kuyitunganira bavomye ku isoko y'ubuzima babikesha kumva ijambo ryayo ribeshaho , TTS 7_126,Abaturage bibumbiye mu makoperative bahawe imbuto y’imyumbati n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi, TTS 7_127,Aha yagize ati « ba nyir’amazu batamenyesheje iki cyemezo abayacururizamo barahemutse cyane, TTS 7_128,Iyi alubumu izagaragaraho indirimbo ziri mu njyana zitandukanye cyane cyane hipapu”., TTS 7_129,"yaravuze ati :""nshimishwa n' ukuntu ubu nshobora gusomera abandi bibiliya kandi mbere byarangoraga """, TTS 7_130,haravugwa inkuru y’abantu bishyize hamwe bakora amatsinda yo kuririra abapfuye mu gihe cyo gushyingura, TTS 7_131,Aba baturage bishimira ko ku bufatanye n’abajyanama b’ubuzima imyumvire yahindutse., TTS 7_132,n'inshuti ye bari baraye ijoro ryose binywera urumogi., TTS 7_133,Ibi bihugu bivuga ko Uburusiya bwagize uruhare mu iyicwa ry’umutasi wabwo waguye mu Bwongereza, TTS 7_134,Badege yari yasobanuye ko kuvogera urugo bigize ibyaha bihanwa n’amategeko ahana y’u Rwanda , TTS 7_135,Umwe muri bo yagize ati:”Iyo winjiye mu cyumba bapimiramo ubusugi wumva uhahamutse., TTS 7_136,Ariko biragaragara ko muri iyi minsi aho kugabanuka biyongera., TTS 7_137,akabafungirana mu byumba birimo gazi akabakorera iyicarubozo bamwe bagasukwaho aside amagufa yabo akayasya mu mashini, TTS 7_138,Yongeyeho ko ari igisubizo cy’abajyaga bajya mu mirimo bahangayitse kubera ingo zabo cyangwa ibindi., TTS 7_139,hari umukungu mu mudugudu wa okonkwo wari ufite ibigega bitatu binini, TTS 7_140,"Gaburira umwana wawe indyo yiganjemo imyunyungugu na vitamine De, umurinde kuzagendera imitego ", TTS 7_141,Hari ingero nyinshi z’ibintu bifitanye isano no kurwara kanseri., TTS 7_142,Nuko umwami ati « uyu ni we mwana wa Sacyega wereweho n'umusatsi gutya?, TTS 7_143,"Ukwanga atiretse, aravuga ngo karaba turwane”, kandi “agapfa kaburiwe ni impongo”.", TTS 7_144,Polisi yagereranyije ubu bwicanyi n’iyicarubozo ryahitanye benshi kuva intambara yatangira mu Buyapani., TTS 7_145,Aho bakomeje gushinja uyu munyamakuru gukora ibikorwa bibi byo kugenzura ibikorerwa muri Palesitina, TTS 7_146,Avuga ko biteye ipfunwe kuba Jenoside yarabaye mu Rwanda amahanga arebera., TTS 7_147,Kubera ko wubatse mu mazi Uyu muhanda ukunda gufungwa hirindwa ibizazane., TTS 7_148,"iyo ntekereje ibyo nagezeho, nshimira Imana itanga umugisha , umuryango wanjye ndetse n'inshuti bakungahaza ubuzima bwanjye", TTS 7_149,"Yagize ati “Uwo mugororwa arimo arashakishwa, mudufashe aboneke asubizwe muri gereza.", TTS 7_150,Igihe ugiye guhitamo izina tekereza irizorohera abantu kurivuga kuko uko riborohera kurivuga ari nako badapfa kuryibagirwa, TTS 7_151,avuga ko igihe cyo kwiyandikisha kidashobora kuzongerwa namba., TTS 7_152,asanga ikibazo ari ukutumvikana hagati y’izo nzego cyangwa harimo abashaka inyungu zabo bwite, TTS 7_153,impera z' icyumweru zituma hari ababura serivisi bari bakeneye, TTS 7_154,ibicumuro byacu byose byashyizwe kuri kirisitu we wabaye incungu yacu n’ubwishingizi bwacu, TTS 7_155,umwe muri aba baturage avuga ko yangirijwe ibikorwa byinshi yizezwa kuzahabwa ingurane ariko ngo na n’ubu ntakirakorwa, TTS 7_156,"Malayika w'Imana azitambuka ho,ntiyica abana b'imfura b'Abayisiraheli , bakijijwe n'amaraso y'umwana w'intama", TTS 7_157,yashimiye perezida Museveni kuko yitanze akaza mu rusengero kandi aba afite imirimo myinshi, TTS 7_158,gusa aje naramwibwiye kuko mu gitondo yari yaje kuvoma mpita mumenya kuko asa na se cyane, TTS 7_159,Ni byiza gushyiraho ishami ryigisha kuzigisha mu mashuri y'incuke n'ay'ababana n'ubumuga , TTS 7_160,Ibiganiro byabo bizibanda ku bibazo byo gutsura umubano hagati y’ibihugu byombi., TTS 7_161,Aba baturage ntibabyemeye bahise babimenyesha sitasiyo ya polisi ya Kanyinya maze ifata iyo modoka n’umushoferi, TTS 7_162,inzoga ni kimwe mu bintu bishobora kubasenyera bayinyoye cyane kurusha abatware b’ingo, TTS 7_163,Ibanga ngo ryari umuhate no kwereka abantu ko bamwibeshyeho atari umuswa., TTS 7_164,Imana yankoreye ibitangaza kuko mu mezi atatu namaze ku gasozi baranjugunye ntacyo nabaye nkaba ndiho kandi nyishimira, TTS 7_165,Abazi iby’uru rugendo batangaje ko rwari ruteguye neza byose biri ku murongo., TTS 7_166,Sebanani yinjiye mu kibuga asimbuye Cyubahiro naho Ntwali asimbura Uwimana, TTS 7_167,Yanahamije ko ari inshuti ya sugira agira ati “sugira ni inshuti yanjye bikomeye!”., TTS 7_168,Abo ni bamwe mu basanzwe bacururiza izo mbuto mu isoko ry’ibiribwa ry' i Musanze, TTS 7_169,Nina akomeza avuga ko gukora cyane no kuryama amasaha make byabanje kubatera ubwoba., TTS 7_170,yahisemo kuzibera “Mpagazehe” cyangwa “Bamporiki” kandi ariwe nyirabayazana., TTS 7_171,ariko nyuma yo kwigishwa no guhugurwa ku buryo bwo kwizigamira ubu mfite icyizere cy’ejo hazaza, TTS 7_172,"Ngitangira kuririmba baranshyigikiye cyane, ndibuka ko na gitari ya mbere natunze ari data wari wayinguriye.", TTS 7_173,Kubera iki tutatangirira ku bizana cyane uwo mwotsi nk'imodoka zirekura iyo myuka mibi? ., TTS 7_175, ngo ntibazatandukana muri uyu mwaka nubwo bavugwaho gucana inyuma, TTS 7_176,N’ibi tuzabyigaho hazanwe udukingirizo dufite impumuro zidatuma hari abanga kudukoresha ”., TTS 7_177,"Ubwo rero ari uko bimeze, birumvikana ko Jake Nziza bamwohereje kure kuko atagikenewe.", TTS 7_178,Farawo akuramo impeta ye iriho ikimenyetso ayambika Yozefu amwambika n’imyenda myiza n’umukufi wa zahabu, TTS 7_179,"Mu ntangiriro yemeye ko yarushijwe, ariko nyuma yisubiraho, avuga ko amatora yabayemo inenge.", TTS 7_180,"Aho niho uzasanga yaracecetse cyane ,adashaka ko muhura, kandi ntacyo mwapfuye bikakuyobera.", TTS 7_181,Gacinya yaganiriye n'abo mu muryango wa Katawuti , TTS 7_182,Ibiganiro ni uburyo buteza imbere ubwumvikane, TTS 7_183,Muri ayo magambo Byabagamba yashinje leta y’u Rwanda ubwicanyi., TTS 7_184,Iburanishwa ryasubitswe saa sita n’igice kuko uregwa yari kujya ku mashini imuyungururira amaraso kuko arwaye impyiko, TTS 7_185,yifuza kubona akazi cyangwa umwuga wazamuviramo imibereho ifatika, TTS 7_186,"Yagize ati “Wakoze cyane kubera kwihangana, ubugwaneza no gukomeza kunkunda.", TTS 7_187,"Aba bahanzi barimo Samanta bakoranye indirimbo “Sinkakubure”, na Mukombozi , Emeranse n’abandi.", TTS 7_188,Ibirori byo kwibuka uwo munyamakuru mu ibyumweru bine bishize byabereye imusanze., TTS 7_189,Impinduka zavuye ku myigaragambyo y'abagore zagize akamaro ku bagore no ku bagabo, TTS 7_190,Rusagara na we ashinjwa icyaha cyo gukwirakwiza nkana ibihuha agomesha rubanda anarwangisha ubutegetsi, TTS 7_191,Igikorwa cyabo cya mbere cyari ukurasa buri wese wari uhagaze kuri kontwari, TTS 7_192,Bankirane yashimye aho u Rwanda rugeze mu iterambere n’ uruhagejeje ariwe Perezida Kagame., TTS 7_193,bamukundisha ishuri afunguka mu mutwe ku buryo iyo mbonye ukuntu arikunda numva nshimye abashyizeho iki kigo, TTS 7_194,"Twembi dufite impamyabumenyi zo muri Havadi, mfite imwe, we afite ebyiri.", TTS 7_196,"Mu gihe cyo kuvanwa mu Misiri, kwegurira abana b'imfura Uwiteka na none byarategetswe", TTS 7_197,"Ati "" Sinkunda gushyira imbere umushahara, akenshi nshyira imbere guharanira ubuzima bwiza bw’abakinnyi.", TTS 7_198,Uku kwirinda ni ingenzi mu kutwongerera imbaraga z'ibitekerezo no guhishurirwa iby'umwuka, TTS 7_199,yasannye megido yari iherereye ku nzira y'amafarasi yavaga i Damasiko yerekeza mu Misiri, TTS 7_200,Ati “Mahungu yamaze kwiyita Alufonse yishimira kujya asohoka mu bitaro agahura n’abaturage maze na bo baramwishimira cyane, TTS 7_201,bitera benshi urujijo bamwe bakanavuga ko biba byihishe inyuma y’izindi mbaraga zitazwi, TTS 7_202,Kandi ni ikintu cyakemuka ku buryo bworoshye duhinduye imibereho y’abantu., TTS 7_203,"ariko umwuka wose utavuga Yezu utyo ntiwavuye ku Mana, ahubwo ni umwuka wa nyamurwanyakristu", TTS 7_204,atangaza ko hari Abanyarwanda bahunze basize bakoze Jenoside yakorewe abatutsi, TTS 7_205,Abwiriza ubutumwa bwiza yavuze ko igihe cyagenwe gisohoye, TTS 7_206,muri iki gihe ni mu buhe buryo inteko nyobozi ishaka abayobozi, TTS 7_207,Biratangaje kubona abantu nka bariya bafata umuntu bakamutegeza imbwa ikamurya!!”., TTS 7_208,Izo ni inkweto zo mu bwoko bwa sandali yakoze kandi zikunzwe cyane mu Rwanda, TTS 7_209,Undi yagize ati “Iki ni ikimenyetso cy’uko ayoboye Amerika yagwirwa n’akaga.”, TTS 7_210,ahita ateguza abantu ko bagiye kubona igikorwa cyo kugerageza kwiyahura gica kuri televiziyo ako kanya, TTS 7_211,Abari mu myigaragambyo baburijemo ibikorwa byinshi byari biteganyijwe n’akanama gashinzwe gutegura amatora, TTS 7_212,"Ati"" Inzoga zacu zirushaho kumenyekana no kugurwa ari nyinshi kuko zikunzwe kandi zigera henshi mu gihugu", TTS 7_213,Uyu muhango uzabanzirizwa n’igitaramo ngarukamwaka cyitwa ’I Nyanza Twataramye’., TTS 7_214,Kuri benshi kwiyuhagira bikorwa ku mpamvu z’isuku gusa ndetse ingaruka zabaho igihe bidakozwe ntawe uzitindaho, TTS 7_215,"Yitezweho kuzafasha ko gahunda ya Girinka igenda neza, hirindwa ko yabonekamo ibibazo.", TTS 7_216,"Abaturage rero bamenye uburenganzira bwabo, n'aho abatanyuzwe bitabaze inzego zo hejuru.", TTS 7_217,Yagize ati “Mbabazwa n’uko hari igihe umugore wanjye ansuzugura kandi ari jye umutunze., TTS 7_218,Kuba umugabo ari inyanda mu gitanda kandi akagaragaza ubushake buke kubijyanye niyi ngingo birababaza., TTS 7_219,Yagize ati “Tugomba kwiyizera mu mukino wo kwishyura imbere y’abafana bacu., TTS 7_220,Nahise mbwira Pamela gusohora Radiyo kuko ari we bari bari kumwe., TTS 7_221,Kuva mu cyiciro cya mbere ku Isonga biraha amahirwe Kiyovu yo kukigumamo , TTS 7_222,"Avugira aho,ugasanga abamwisanzuraho bamusaba kujya yitonda akumva mbere yo gusubiza.", TTS 7_223,Maleziya na Lesoto bagize umukaridinali bwa mbere mu mateka ku buyobozi bwa Papa faransisi, TTS 7_224,bashyira mu gaciro ariko hari abarwanashyaka b'intagondwa ku nshuro ya mbere babonetsemo, TTS 7_225,"Harimo Ingabire , Mushayidi n'abandi bantu dukunda kandi dufata nk’intwari z’igihugu.", TTS 7_226,Byabaye nyuma y’amakosa ya ba myugariro ba Kiyovu batavuganye neza n’umunyezamu, TTS 7_227,yatekerejwe kandi yubakwa n’impuguke izwi ku izina rya Ma , TTS 7_228,Bakaba bagarukanye impinduka by’umwihariko muri izi mpera z’umwaka ndetse banabahishiye udushya twinshi, TTS 7_229,Na yo intare ikayirya. Bugabo ni ko yibwiye mu mutima yigaya, TTS 7_230,Ariko ngo gutera abarwayi ba ubumara bishobora kubagiraho izindi ngaruka mbi, TTS 7_231,Ni akahe karemajambo ka buri zina muri aya kerekana nteko yaryo?, TTS 7_232,Iyi gereza isanzwe ifungirwamo abatavuga rumwe na Leta bo mu bwoko bw’aba Oromo baba bafatiwe mu myigaragambyo, TTS 7_233,kandi akagira umutuzo kuko ubusanzwe agaragara nk’uwahungabanye kubera ibibazo yahuye na byo, TTS 7_234,Ikindi kandi ngo ashobora guhamwa n'icyaha cyo kwitwaza amafaranga arenze umubare yemerewe kwitwaza., TTS 7_235,Jyewe nibwo mbyumvise kuko nabiherukaga igihe inteko Ishinga Amategeko yabitoraga ariko bitaremezwa, TTS 7_236,"Bamporiki yanditse kuri Twita agira ati “Ibi ntabwo bisaba kwifashisha itegeko"".", TTS 7_237,"Bireba abari batunze inka nyinshi kandi bakomeye ku butegetsi, banafite igihagararo cya gitegetsi,", TTS 7_238,Hari iteka rya Perezida ryemeza burundu ibyemezo ndakuka by' Inama Nkuru y Umuryango, TTS 7_239,Ibaruwa yandikiwe uyunce nayo ngo ntiyafatwa nk’ikimenyetso gifatika cyatuma ashinjwa guteza im, TTS 7_240,"Inama iranoga, inzoga zirengwa; abagabo b’intwali , bashyira nzira batura Nyankwarara mu Muranzi.", TTS 7_241, hazajye habaho ibyemezo biriho amazina y'umugore n'umugabo mu kwandikisha isambu, TTS 7_242,Muri iki kiganiro nta hantu na hamwe humvikana umubwira ko yabyanze nkana., TTS 7_243,"amarira yari ya yandi mvuga nti ""Mana rwose wamfashije ukamvana muri iyi nzu""", TTS 7_244,"Mu Bushinwa, amasoko acururizwamo inyamaswa zikiri nzima n'acuruzwamo inyama aramenyerewe", TTS 7_245,Yashimiye cyane intwari zaranzwe n’ubwitange zikarwana inkundura zigatanga ubuzima bwazo kubera gukunda igihugu., TTS 7_246,"Nyakwigendera Bandushubwenge, yashyinguwe iwe muri komine ya Nyabihanga mu ntara ya Mwaro.", TTS 7_247,Iyi ndirimbo yayikoze afatanyije na Piyano wamusanze i Burundi ari naho yari amaze iminsi aba, TTS 7_248,"kugira ngo ave muri iki kivunge cy’abantu, Yezu yagiye mu bwato bwa petero", TTS 7_249,Ntabwo Guma Guma ari kamara kuri jye nyigiyemo byaba ari byiza ariko ntanayigiyemo ntacyo byantwara, TTS 7_250,uzirengera iyimuka ryawe nutabona ubufasha wakenera muri ako gace, TTS 7_251,ingingo ya gatanu ivuga ku kwamburwa viza n'uruhushya rwo gutwara ikinyabiziga, TTS 7_252,Ejo prezida Museveni yavuze ko uwo mwanzuro wafashwe kubera impamvu z’umutekano., TTS 7_253,Amatara maremare y’ibara ryera cyangwa ry’umuhondo agomba kwatswa nijoro igihe hariho igihu, TTS 7_254,Inshuro nyinshi abantu bakunda ibintu bya huti huti iyo bagiye gukora imibonano mpuzabitsina, TTS 7_255,Hazaba kandi hari ibyo kunywa no kurya kuri buri wese uzabyifuza., TTS 7_256,Butera agaragara muri aya mashusho nk’umuntu mushya mu myambaro igezweho n’imbyino atamenyereweho, TTS 7_257,Ati “aha niho byaturutse twiyemeza guhindura izina kugira ngo buri wese ayibonemo”., TTS 7_258,"filime yafashwe yerekana abaturage biganjemo abana babuze umwuka, bacira ifuro.", TTS 7_259,abagenzi bishyiraga mu matsinda manini ngo bafatanye urugendo kubera umutekano , TTS 7_260,Umwe mu bapasiteri utifuje gutangaza umwirondoro we avuga ko Kunywa inzoga ari icyaha., TTS 7_261,Nta kindi yansubije yakoze mu mufuka akuramo ikinini kimwe kitwaga nigaramu ahari niba nibuka neza maze arakimpereza, TTS 7_262,kuko ushobora guhitamo neza ubuzima bwawe bukaba bwiza kandi bigafasha n’abandi”, TTS 7_263,Impamvu nta yindi ni uko banki iyo zituzigamiye zitwungukira make cyane kandi zo zatuguriza tukazungukira menshi cyane, TTS 7_264,kuko nabibwiwe n’ijambo ry’Uwiteka ngo noye kurira aho hantu cyangwa kuhanywera amazi , TTS 8_2,Kagame wacu ni intore izirusha intambwe utamushima ni uko ari indashima., TTS 8_3,Gusabana n'abantu biramugora kuko adakunda kuvuga kandi akikubira utuntu twose akanagirira ishyari abavandimwe be, TTS 8_4,"Ubwo yari mu mujyi wa Vuladi mu burasirazuba bw'Uburusiya, Bwana Putini hari icyo yavuze", TTS 8_5,Izi zose zikaba zizaba ziri kuri Alubumu ye nshya yise Rap nyayo., TTS 8_6,Ati“ Abashinzwe umutekano b’inshuti zanjye baramburiye menya ko hari umugambi wo kunkuraho no kumfunga, TTS 8_7,Bongeye kumwandikaho inkuru yamwongereye uburakari maze avuga ko agiye kongera guhangana nabo., TTS 8_8,Urugero muzarebe iyo Kiyovu yakinnye uburyo abakunzi bayo baba bayogeza, TTS 8_9,"Ati:’’Niyo mpamvu nsaba abafite ibitekerezo byubaka n’abakeneye impinduka kunshyigikira"".", TTS 8_10,Nsengimana utari wasiganwe kubera uburwayi noneho yari yagarutse mu isiganwa., TTS 8_11,Kazitunga ntashobora kwibuka igihe yahuriye n'ababyeyi ba Mariya ubwa mbere, TTS 8_12,Agira inama n’abandi yo gutanga imbabazi kandi bagakora ku bagifite imbaraga kugira ngo badaheranwa n’agahinda., TTS 8_13,abandi ni abishora mu mwuga w’uburaya kubera ingeso cyangwa kubura uburere no kubura ababitaho nk’imfubyi, TTS 8_14,Kayumba yavuze ko kuba abanyamakuru bakennye biterwa n’uko ubukungu bwifashe, TTS 8_15,Ndasaba buruse ngo nige icyiciro cya kabiri cya kaminuza kugira ngo nkore ibyo bwana Nwege yari yiteguye, TTS 8_16,Muri uyu mwiherero abenshi mu bakozi bari bashishikariye kumenya iby’iki kiruhuko., TTS 8_17,Kanimba asanga abikorera bafite uruhare runini mu kwihaza mu biribwa kw'abatuye Afurika , TTS 8_18,Kuri ibyo ngo hiyongeraho abahabwa ibikoresho bakabyica kandi byari bikiri mu gihe byateganyirijwe kumara, TTS 8_19,yaje kumbwira ikintu nari nkeneye kumenya igihe yari mu gikoni ategura icyo kurya., TTS 8_20,Ntukumve ko niba washoboye kuganiriza umukobwa ugiye guhita umwegukana., TTS 8_21,Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Sudani y’Epfo na we yemeje ayo makuru, TTS 8_22,biratangaje kubona imyaka itwigisha kwihangana nk'uko ubushobozi bwacu bwo gutegereza bungana, TTS 8_23,Gusa Umuryango w’Abibumbye uvuga ko uhangayikishijwe n'ikibazo cy’abasambanya abana n’abagore ku ngufu, TTS 8_24,Aha kandi haniyongeraho ibibazo birimo ruswa n'ikimenyane bituma hari abaguririra inkiko bagatsinda imanza., TTS 8_25,uyu mwaka farije yishyuriye abarokotse jenoside yakorewe abatutsi batishoboye ubwishingizi mu kwivuza, TTS 8_26,Ejo hazaza h'u Rwanda hari mu ntoki z'urubyiruko kandi ntabwo rukwiye kwitinya, TTS 8_27,Habonetse impapuro zerekana ko hari gahunda zakozwe kandi zitarashyizwe mu bikorwa Muri icyo kigo , TTS 8_28,Ati “Mwarimu yaturyamye hagati nyuma y’akanya gato atangira gukorakora mugenzi wanjye., TTS 8_29,"Biroroshye cyane, wabikoresha telefone yawe iyo ari yo yose", TTS 8_30,Ati “mfite intego yo gukomeza guhanga udushya mu byo nkora, TTS 8_31,Sitade nto y'i Remera yari itatse muri ayo mabara., TTS 8_32,"ubwo abari baje kuramya babonaga barimo babaturwa mu cyaha no mu buhakanyi, indirimbo za Dawidi n'iza Asafu zaririmbanwe ibyishimo", TTS 8_33,zimwe muri Kiliziya n'insengero byagiye bigaragaza ko bitujuje ibyangombwa cyane cyane iby’isuku, TTS 8_34,hifashishijwe inyandiko “amateka y’itorero ry’igihugu” ubona ko kera abanyawanda bagiraga ibikoresho bya gakondo bifashishaga, TTS 8_35,"Yagize ati“Ubuzima bwarahindutse, ntawe ukimurikisha agatadowa, imyotsi yako yaduteraga ibicurane n’izindi ndwara.", TTS 8_36,Abo twaganiriye bavuga ko badakeneye guhomba nk’uko bahombejwe n'ibigo by'imari iciriritse., TTS 8_37,"Kuri Mukangemanyi, hiyongeraho icyaha cyo kubiba amacakubiri muri rubanda.", TTS 8_38,Amakara yifashishwa n’ingo zitari nke mu Rwanda mu guteka., TTS 8_39, mubonye isomwa ry’urubanza rurebana n’uruganda rwa nyakwigendera mwakumirwa pe., TTS 8_40,"Abajijwe kubirebana n’uyu mukobwa yaravuze ati: “Ntabwo ndi buvuge izina rye"".", TTS 8_41,yahise azimya telefone ye ku buryo no kugeza ubwo twasozaga iyi nkuru yari atarasubira ku murongo, TTS 8_42,nk’amahoteli menshi arimo yubakwa ni abanyarwanda bayubaka kuko basobanukiwe ibijyanye no gushora imari mu bukerarugendo, TTS 8_43,mbona amaboko ye ayakubita nk 'uko umuntu woga abigenza kugira ngo yihute, TTS 8_44,Umwe mu bamaze koroherwa mu barwayi bo mu mutwe yavuze ko yahimbye izina ry’igitabo yifuza gusohora kandi ko yarihimbye yihereyeho, TTS 8_45,"diyane yagize ati “Mbabajwe n’urupfu rwa Makumbi watabarutse muri iki gitondo""", TTS 8_46,yapfiriye Yezu i Roma aciwe umutwe kandi mbere yo kwitwa Pawulo yahoze yitwa Sawuli, TTS 8_47,Aho ngenda inkoni yanjye na yo imfasha kumenya ibiri mu nzira nyuramo, TTS 8_48,Mu bandi bahataniraga iki gihembo cyegukanywe n’uyu Mwongerezakazi harimo ibyamamare nka Rihana, TTS 8_49,"icyo ndi cyo cyose cyangwa se ibyiringiro byanjye byose, mbikesha umumarayika wanjye undinda", TTS 8_50,Kugirango babone igiciro giciriritse ndetse banabone n’umurongo wayo k’ uburyo bwisumbuyeho, TTS 8_51, yaje hano iri joro mu bantu benshi ngo ashaka kwerekana ko atanga abanyagatolika., TTS 8_52,"yatwigishije agira ati :"" utubabarire ibicumuro byacu, nk'uko natwe tubabarira abaducumuyeho"".", TTS 8_53,Umuhanda unyura mu ishyamba rya Nyungwe ukunda kugaragaramo impanuka cyane cyane iz’imodoka nini., TTS 8_54,Agakomeza avuga ko ubwo yari atashye avuye kubwiriza yasanze wa mugabo umugore we yitaga nyirarume yinjiye rugo rwe, TTS 8_55,Birazwi neza ko Kambanda yagiranye amasezerano n’ubushinjacyaha kugirango abufashe nabwo buzamufashe, TTS 8_56,Ibyiciro by'ubudehe bishya nibitangira gukoreshwa abanyamuryango ba mituweri bazamenyeshwa impinduka zizaba zabayemo., TTS 8_57,Nta gitutu mfite kuko nzakora ibyo nshoboye ibindi nkabiharira Imana”., TTS 8_58,"Nimbivuga gutya, abizera ko Imana ivuga koko nibo bazabyumva.", TTS 8_59,Gusa utabyumva nkanjye ambabarire anyubahire igitekerezo maze nawe ashyire icye ahagaragara., TTS 8_60,Mushake ukuntu mwajya munywa amazi menshi kuko mufite ikibazo cyo kuribwa mu mpyiko muri iyi minsi, TTS 8_61,Igihe cyose utangiye gutekereza k'uwahoze ari umukunzi wawe jya ushaka ikintu kibikwibagiza nko kumva indirimbo, TTS 8_62,"Turebye ukuntu barasaga bagambiriye kurasa banki nkuru, dutekereza ko ari abajura bashakaga kwiba.", TTS 8_63,Turasaba abashinzwe kwegereza abaturage imbuto y’inyongeramusaruro kubikora bakurikije amabwiriza ya Minisitiri w’Ubuhinzi, TTS 8_64,Avuga ko adakwiriye kugezwa imbere y’urukiko wenyine kandi akurikiranyweho ibyaha afatanyije n'abandi benshi, TTS 8_65,Ubushize Nshutinamagara Kodo yavuze ko uri umwe muri ba myugariro abonamo ubuhanga, TTS 8_66,Ishuri rya Adiriyani Niyonshuti yahisemo kurishinga aho avuka i Rwamagana., TTS 8_67,icyo gihe namubabwiye nti ni Uhoraho Imana yanyu wabeguriye iki gihugu., TTS 8_68,"iyo isari yasumbye isesemi, umugabo asubira kucyo yangaga", TTS 8_69,Mwarimu akamwoherereza ibintu byiza yibuka kandi se na nyina nabo bakabyakira., TTS 8_70,byatwaye umunsi umwe gusa kugirango Yohani agire inshuti z'abanyeshuri bigana , TTS 8_71,umwami salomo yanitaye ku kugira imico myiza kandi itunganye, TTS 8_72," umwe mu bahanzi bakomeye muri kameruni, yaririmbanye imbaraga nyinshi.", TTS 8_73,Mu Turere twose habaye ibiganiro kuri gahunda ya Ndi Umunyarwanda kandi mu baturage biracyakomeje, TTS 8_74,"Uwiteka yatoranije umuryango wa Lewi mu mwanya w'imfura zose za Isiraheli,", TTS 8_75,Nuko binjira muri uwo mugi rwihishwa maze bakora ibyo bari batumweyo., TTS 8_76,"nk’imparakazi ikundwa n’isirabo nziza, amabere ye azahore akunezeza, kandi ujye wishimira urukundo rwe", TTS 8_77,Lamin asanga ibi byose byaragezweho biciye mu nzira zitandukanye zirimo n'inkiko Gacaca, TTS 8_78,"yabategetse ko buri wese yica umuvandimwe we, mugenzi we n'incuti ye magara", TTS 8_79,"Iyi ndirimbo nshya Dupare bishatse kuvuga ""Twidagadure""  niyo ya mbere asohoye", TTS 8_80,"Uyu mugore utagaragaye mu rukiko yaburanye ahakana ibyo ashinjwa, anemeza ko habayemo kubogama.", TTS 8_81,hasanwe umuyoboro w' amashanyarazi wa kabarondo - kayonza - kiziguro hanubakwa posite nshya i kabarondo, TTS 8_82,Ati “Sinzibagirwa uburyo namenyaga ko nasamye hashize igihe kubera ubuzima bubi nabagamo., TTS 8_83,Ntegereje n' amatsiko ukwezi kwa Werurwe igihe bazatangiza Sitasiyo ya kabiri, TTS 8_84,irushaho koroshya uko abantu bishyura serivisi bakoresheje telefone bitabasabye kugira aho bajya, TTS 8_85,Leta kandi yashyizeho ikigo cyihariye gishinzwe gukurikirana ibibazo by’ abaturage bangirizwa n’ inyamanswa., TTS 8_86, ni yo makipe yari yifuje kumugura., TTS 8_87,ngo byamufashije kwivuza ubu burwayi butuma ibice bimwe na bimwe by’umubiri we bikura cyane, TTS 8_88,Muri iki cyumba ntihabonaga ku buryo byari bigoye gushakisha inzira igana ku muryango, TTS 8_89,umugore wa Ravalomanana yibukije ko uburezi ari kimwe mu byo kwitabwaho , TTS 8_90,Ati « Ikibazo cyatuzanye si icy'umutekano muke uterwa n’abajura ahubwo ni icy'abashaka kuturimbura., TTS 8_91,Ati “Amakimbirane muri Sudani ikiri igihugu kimwe yari hagati y’ingabo za leta n’inyeshyamba, TTS 8_92,"Nyumvira, Uwiteka nyumvira kugira ngo abantu bamenye ko ari wowe Mana", TTS 8_93,"yaririmbye nyinshi mu ndirimbo ze, mu muziki w'umwimerere uryoheye amatwi.", TTS 9_1, Yezu aramusubiza ati ntibikwiriye ko umuntu afata ibyo kurya by 'abana ngo abihe ibibwana, TTS 9_2, icyo gihe noneho yari amaze imyaka myinshi cyane, TTS 9_3, abagize umuryango w 'uwo musore bakoranyije inshuti zabo zose maze bashishikariza uwo musore kuza, TTS 9_4, ejo ni umunsi wacu wo gutsinda cyangwa gutsindwa, TTS 9_5, gukorera hamwe mu matsinda bizabafasha guteza imbere imibereho yabo kandi impinduka ziragenda zigaragara, TTS 9_6, ntitwabashije kumubona kuri telefone ye igendanwa igihe twakoraga iyi nkuru, TTS 9_7, wari ugoswe n’abapolisi benshi inyuma yabo hari abayisilamu baje kwigaragambya bamagana icyo gikorwa, TTS 9_8,zishobora kuzafungwa maze imbaraga zari zarashyizwe mu kuzitangiza zibe imfabusa, TTS 9_9, Abatambyi n’abigisha ntibamenye ko igikorwa kidasanzwe cy’ibihe byose cyari kigiye kuba, TTS 9_10,ntavuga rumwe n’ubuyobozi bwa Kaminuza bumushinja gutegura igitaramo atabisabiye uburenganzira, TTS 9_11, Amagambo ya Ndekezi ntiyashyizwe muri iyi nkuru kuko yuzuyemo ibitutsi. Amavubi ari bube akina n'ikipe igizwe n'abannyi babanyamahanga bakina muri shampiyona y'uRwanda, TTS 9_12,yavuze ko abantu babarirwa mu bihumbi banyonzwe ariko uburyo byakozwemo bukagirwa ibanga, TTS 9_13," Arabimbwira buri munsi akanabinyereka kandi akigomwa byinshi kubera jye, mbese arabingaragariza cyane.", TTS 9_14, Bamporiki yagaragaje ko kwambara ubusa uri inkumi cyangwa umusore ari uguhemukira urubyaro ruzagukomokaho., TTS 9_15, Bizimana yashimishijwe no gufatanya na Minisitiri Kanimba guhimbaza Imana no kuyiramya, TTS 9_16, Bwana Twagiramungu ngo abona azapfana agahinda kuko ibyo yarwaniye atabigezeho, TTS 9_17, Fida yanakomoje ku mibanire ihamye yaranze ingabo z’u Rwanda n’abaturage ba Sudani, TTS 9_18," Gatebuke yagize ati, ”Twagerageje kuvugana na leta y’u Rwanda, baratwihorera”.", TTS 9_19, Gitwaza yatangarije abakiristu be mu Gatenga ko adaterwa ipfunwe no kuba ari umunyamulenge, TTS 9_20, Ifoto yakuye kuri murandasi igaragaza isanduku imaze kururutswa mu mva., TTS 9_21, Imena we udafunze yari yambaye ipantalo n’ikoti by’ubururu butose, TTS 9_22, ibi byerakana Imiterere y’ibice bimwe byo muri Kigali nyuma y’ibikorwa byo kwiyamamaza., TTS 9_23," Kabendera anyuze ku mbugankoranyamba yabwiye Pendo gusubirayo ati “Nta mahwa ariyo maaa"".", TTS 9_24, Kalimpinya ni umwe mu baganirije aba banyeshuri anabaha impanuro zijyanye n'ubuzima bw'imyororokere, TTS 9_25, Kalisa azi ko mu rubanza hazavamo impozamarira zitubutse akaba ashaka kuzihezaho umugore wa nyakwigendera., TTS 9_26, Kanimba ni umwe mu bari bagiye gutabara Mukeshabatware n'umuryango we., TTS 9_27, Karasira ni rimwe mu mazina azwi cyane mu muziki nyarwanda., TTS 9_28, Keza yari umubyeyi ukundwa n'abaturanyi bo muri iyo nyubako , TTS 9_29,bavuzweho gukundana kugeza naho babibazwa n' Inyarwanda., TTS 9_30," Kitoko yamaze gusohora amashusho y'indirimbo ye ""Kamikazi"" yafatiwe mu Rwanda", TTS 9_31, Kirisitu yagiye ashyira ahabona imigambi ye anajanjagura ububasha bwe, TTS 9_32,yahugiye mu guhererekanya  imipira itaragize icyo ihungabanyaho ba myugariro bari bahagaze neza, TTS 9_33," Manirarora, urangije kwiga ibijyanye n’ubwubatsi avuga ko abikorera bakwiriye guhindura imyumvire", TTS 9_34, Mboneza na Gapanga biyemeje kujya gufata Ntaganda i Kibumba, TTS 9_35,"mu buryo bwa hologaramu, azaba ari kumwe natwe ku rubyiniro”.", TTS 9_36, Minisitiri Kanimba yavuze ibyo kugira ngo aba bahinzi nabo bazashobore guhaza urwo ruganda, TTS 9_37, Mitali yaranshukashutse njyayo ariko ukuntu natinyaga abakobwa iyo nza kumenya ko hari unshaka ntaho nari kujya, TTS 9_38, Mu gihe cya guma mu rugo wakoraga iyihe myitozo?, TTS 9_39, Mugabo yagaragaje ko hari abanyarwanda bagiye bahura n’ingorane zo kubura ibyangombwa, TTS 9_40," Mugesera yabasubije ko bamugenza gahoro, kuko igihe cye cyo kubambwa igorogota kitaragera.", TTS 9_41, Mugwiza ntiyatangaje icyatumye yegura gusa yavuze ko ari impamvu ze bwite., TTS 9_42," Muhire ukorera ahitwa "" Inkanda"" yerekanye imyenda idoze mu buryo butandukanye", TTS 9_43," Mulindahabi, yavuze ko iki gikorwa kiri muri gahunda zo kwita ku batishoboye.", TTS 9_44, Munwangari n’abo bafunganywe bashubijwe muri Gereza ya Ruzira ngo hakorwe iperereza ryimbitse, TTS 9_45," Musa yasubije abantu atuje kandi abakomeza agira ati: “mwitinya, nimwihagararire gusa""", TTS 9_46, Ndamage yagize ati “Ibi biri muri gahunda yacu kuko buri mwaka hari inzu twubakira abatishoboye, TTS 9_47,ni we uvugwa mu nkuru ya perezida wa Amerika wa cumi na karindwi, TTS 9_48, Ni ngombwa ko umuryango nyarwanda wishyira hamwe mu guharanira ubutabera, TTS 9_49, Niba yamukubise ikintu gishobora kumwica gikozwe mu giti nawe azicwe, TTS 9_50, Niyigaba ushinzwe irangamimerere mu Murenge wa Rubengera yatubwiye ko uyu muntu yishwe n’amazi yamutembanye, TTS 9_51, Nizo yavuzwe nk’imbarutso nkuru y’isenyuka ry'iryo tsinda, TTS 9_52, Nsengimana niwe uri imbere akurikiwe na Areruya hamwe na Ndayisenga., TTS 9_53, Nshimiyimana n’umubyeyi we Mukangemanyi bakurikiranyweho guteza imvururu muri rubanda, TTS 9_54," Nti : ""zana ndebe! ubwo nanjye nateyeho akajisho, mbona koko hariho akana kamwe dusa!""", TTS 9_55, Nyandwi utuye mu Murenge wa Mukindo mu Karere ka Gisagara acuruza ubuconco., TTS 9_56, Nzabamwita  yatangaje ko bishimira uburyo Abanyarwanda  bitabira kwinjira  mu gisirikare cy’igihugu., TTS 9_57, Nzamukosha yatubwiye ko bwari ubukwe bw’ umukobwa we, TTS 9_58, Nziza ati nzaruhuka Mudenge apfuye cyangwa afunzwe burundu, TTS 9_59, Odinga yavuze ko yatsinzwe kubera amamashini yakoreshwaga n'ikipe ishinzwe gutunganya amatora yavogerewe., TTS 9_60, Rubanda bavuga ko nyina yamutwise igihe kirekire., TTS 9_61, Rukundo wavukanye ikiro kimwe ku myaka irindwi afite ibiro icyenda gusa., TTS 9_62, Rusagara na Kabayiza bavuga ko iki cyaha kitwa “Gutunga imbunda mu buryo bunyuranyije n’amategeko”, TTS 9_63, Rutikanga niwe wari uhagarariye umuyobozi w’ingabo mu Ntara y’Iburasirazuba n’Umujyi wa Kigali, TTS 9_64, Rwangombwa avuga iki ku mibanire y’u Rwanda n’ibindi bihugu ?, TTS 9_65, Salomo yarubakaga akanasana icyuho cy’inkike z’umudugudu wa se Dawudi, TTS 9_66, Samputu avuga ko izi ndirimbo azazimurika ku mugaragaro uwo munsi, TTS 9_67, Silasi avuga ko uwo muziki ariwo akunda kurusha iyindi., TTS 9_68, Umugeni yabenze umusore bakundanye imyaka itatu yikanga kuzarogwa ku munsi w’ ubukwe., TTS 9_69," Usengimana, Ndayishimiye, Bizimana na Muganza bicajwe ku ntebe y’abasimbura.", TTS 9_70, Uwamariya yashimiye urwo rubyiruko rwacitse ku icumu intambwe rwateye mu kwiyubaka, TTS 9_71, Uwimana uzasusurutsa ibi birori asanzwe ari umwe mu baramyi bazwi mu Rwanda, TTS 9_72, Uwizeyimana Evode yavuze ko uwo mushinga w’Itegeko urebana n’ibyaha bikomeye, TTS 9_73, Yishe nyina na se ku buryo nta muntu n'umwe wabimenyekanisha kuko n'umukobwa wabo yari yarabuze mu gihe cy'icyumweru., TTS 9_74, aba afite imbaraga zituruka mu mitekerereze zimufasha kwiga no gukina, TTS 9_75, abaganga b’inzobere bamuvuye batubwiye ko atazongera kubona., TTS 9_76, abagore babiri nibo bonyine yemera ko yagiranye na bo umubano udasanzwe., TTS 9_77, abagore bo icyo bashaka cyangwa badashaka bahita bakigaragaza nta yandi mananiza., TTS 9_78, abakinnyi ba Banjo bitoza interuro imwe inshuro nyinshi kugeza igihe bazayikinira neza nkuko byifuzwa, TTS 9_79, abana be babaye imfubyi umunsi ukurikira uwo nyina yapfiriyeho, TTS 9_80," abana b’imfura bakomezaga kuba ab’Uwiteka, maze bakabasha gucungurwa ", TTS 9_81, abantu bakunze kwibwira ko Muganga w’ibitekerezo avura abantu bafite uburwayi bwo mu mutwe gusa, TTS 9_82, abantu bakwiriye kumva ko izo ndwara zitandura atari indwara z’abakire gusa kuko zifata buri wese, TTS 9_83, abantu bo bazaguseka kuko wakennye kurusha uko baguseka ukorera urugo rwawe., TTS 9_84, abapadiri bera bari bafite ishuli rigenewe abatutsi gusa, TTS 9_85, abapfumu nabo ngo bamuhaga imiti akayimara bitagize icyo bitanga bagahora bamubeshya ko bazayimuhindurira., TTS 9_86, abayituye batangiye kubona mu Rwanda icyerekezo n’icyitegererezo byo kwikura mu bibazo no kubyikemurira, TTS 9_87, abigaragambya bari bafunze imihanda yose yo mu nkengero z’uwo mujyi , TTS 9_88," abo muri uwo mugi bari bagisinziriye, umukiza abyuka mu rukerera, ajya ahiherereye arasenga", TTS 9_89," abo tuvuga rero bagiraga ingoma, nibo ba mbere b’abasangwa-butaka", TTS 9_90, ahagana mu gitondo inyanja yatangiye gusubira mu mwanya wayo, TTS 9_91, ahanini umwana ugona akunze no kugira ibibazo byo kwikanga kenshi mu ijoro , TTS 9_92, aho insina zatemwe nta bitoki nta n’ibinyobwa bikomoka ku nsina bihaba, TTS 9_93, aho mfunguriwe njya inama n’umugore wanjye ku buryo nihannye maze nkabireka burundu, TTS 9_94," aho nakuriye nari menyereye kwiberaho gutyo , nje mu mujyi birangora", TTS 9_95, akurikiranyweho gutanga amafaranga hagamijwe gucecekesha umutangabuhamya mu kirego cya ruswa., TTS 9_96, amafaranga yinjira mu isanduku ya Leta avuye mu misoro yariyongereye , TTS 9_97, amatara yo kubinyabiziga bya gisirikare ashobora kudakoreshwa igihe ashobora kubangamira imirimo y’igihe gito bikora, TTS 9_98," arayisubiza ati “Ndahiye Uwiteka uhoraho, icyo Uwiteka ambwira ni cyo ndi buvuge”", TTS 9_99, ariko nagiraga Imana abajyanama bakatwunga ibibazo bigakemuka, TTS 9_100, ariko bakomeza kwizirika ku migenzo yabo n’uburyo bwabo bwo gusenga., TTS 9_101, asa n’ukebura bimwe mu bihugu n’imiryango mpuzamahanga bigishyigikiye abahakana n’abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu gihumbi kimwe na magana cyenda na mirongo icyenda na kane, TTS 9_102," asaba abahanzi gushyira umurego mu guhanga indirimbo zirimo ubuhanga , kandi bakagerageza kubikora nk’ababigize umwuga", TTS 9_103, asanga nta terambere rirambye ryabaho ubuzima bw’umubyeyi n’umwana butitaweho., TTS 9_104, atewe agahinda no kuba atari kumwe n'umuhungu we ku munsi yamwibarukiyeho , TTS 9_105," ati ""Ndasaba imbabazi buri wese waba yamfashe nabi rwose uriya sijye ni ibyangwiririye.", TTS 9_106, ati navuga ko impano yo gukina ikinamico ariyo ahanini yampesheje akazi, TTS 9_107, ati”Muri aya matora nzi Perezida Kagame Pawulo ni nawe nshyigikiye., TTS 9_108, avuga ko abo asigaje gusinyisha ari abo mu mujyi wa Kigali., TTS 9_109, avuga ko aha ariho umuriro wa telefone ugenda ushirira wihuta mu buryo butari butegenyijwe, TTS 9_110, avuga ko hakiri kare kugira icyo umuntu yemeza muri iki gihe., TTS 9_111," avuga ko hari abahanishijwe kwirukanwa ku kazi, abandi bagashyikirizwa ubutabera.", TTS 9_112, avuga ko ibijyanye n’amafaranga yo kubashakira ibyangombwa ntabyo azi, TTS 9_113, avuga ko ubu ku munsi hakirwa ibirego bibiri by’ubujura mu gihe mbere hakirwaga nibura bitanu, TTS 9_114," avuga ko ubushinjacyaha butanyuzwe n’imyanzuro y’urukiko, bukaba bwifuza kuyijuririra.", TTS 9_115, avuga ko yabanje kubura ibitotsi kandi akumva arimo ababara cyane., TTS 9_116, azaba aje mu biruhuko bitewe n'uko imikino ibanza muri shampiyona y’abato yasojwe, TTS 9_117, azanasaba ko abaturage bahabwa murandasi nk’uko asanzwe akorera abandi ubuvugizi, TTS 9_118, azi neza ko abagize amahirwe bakagira imiryango cyangwa bakaba mu mujyi bitabwaho, TTS 9_119, bagiye batandukana gake gake kuko ryari isiganwa ririmo imibare myinshi, TTS 9_120, bahawe ikaze ngo babafashe kwisanzura mu gihugu ndetse babone n’amafaranga abatunga igihe bari mu Rwanda, TTS 9_121, baje kubacaho binatuma uwitwa Ruberwa yohani ari we utwara igihembo cyatanzwe, TTS 9_122, baje kwicwa n’abasirikare baturutse i Butare n’i Nyanza bakoresheje imbunda, TTS 9_123," bakiri kumwe na we, abigishwa bakundaga gutangazwa n’inyigisho z’abatambyi n’abafarizayi", TTS 9_124, bamushinja ko kuva yatorerwa kuyobora Ferwafa atigeze atanga raporo y’ibikorwa n’imari, TTS 9_125," bamushyira ku ziko Bazana ikiremo cy'impuzu, bakubita muri bwa bura babusubiza mu nda barafunga", TTS 9_126," baraganiriye aramwimyoza kuko umushyikirano wabereye i Ngara wari waramumuhugije, aho kumwishimira akimyoza.", TTS 9_127, barangije ifunguro ryabo binjira mu cyumba bararamo bareba televiziyo., TTS 9_128, baririmbye amagambo akomeye agaragaza ibikomere batewe no kubura ababyeyi , TTS 9_129," bari batuye muri yeruzalemu , bose hamwe bari abagabo magana ane b 'intwari", TTS 9_130," bariyamiriye bati yamuriye amazuru amujijije ibirunge yamwibye!"".", TTS 9_131, basezeranye Ivangamutungo risesuye kandi ntibahwema guhamya ko badatewe ipfunwe n’indeshyo yabo, TTS 9_132, bashima uburyo afite ubuhanga bwo kubyaza umusaruro ijambo buri umuntu avuze, TTS 9_133, bashyira mu majwi abayobozi b’inzego z’ibanze bari bariho muri icyo gihe ko babinyereje, TTS 9_137, batangiye bayobora abantu benshi mu nyigisho za Bibiliya zitwaga iz'icyitegererezo, TTS 9_135," batatu bafunganywe na we ni Habimana, Murengerantwari na Habyarimana ", TTS 9_138, bavuga ko hari imitwe irwanya ubutegetsi bw’u Burundi itozwa n’u Rwanda, TTS 9_139," bavuga ko izi nkeragutabara zitazi amategeko, bigatera imvururu hagati yazo n’abatwara za moto , igihe zibahagaritse barengana", TTS 9_140, bavuga ko ubwo iyo amaze kuyireba ayisiba kuko iwabo ntawe ubizi., TTS 9_141, bazabamenyasha uko iki gikorwa ku nshuro yacyo ya kabiri giteguye banakigiramo uruhare, TTS 9_142, bazajya bababa hafi mu kiruhuko kubera ko ari abanyenshuri, TTS 9_143, bazajya babona ibibubaka mu buryo bw’umwuka n’ijambo ry’Imana muri rusange, TTS 9_144, bazajya bamenya amakuru yose yerekeranye n’ubuhinzi hifashishijwe ikoranabuhanga, TTS 9_145, bemeranyijwe kongera guhurira mu Bufaransa ubwo nyampinga Elisa azaba yagiyeyo., TTS 9_146, bidutera imbaraga zo kugendera ku mahame yayo no gusohoza neza inshingano ari byo bizana impinduka, TTS 9_147, bifite akamaro kuba u Rwanda ruri mu muryango w’Afurika y’Uburasirazuba, TTS 9_148, bigaragara ko hari umuntu wagize atya agatanga amakuru adafite ishingiro., TTS 9_149, bigatuma umuntu adashimira Imana ibyo yamuhaye bifite agaciro gahoraho, TTS 9_150, bigenda binaniza impyiko umunsi ku munsi ari nako zitakaza ubushobozi, TTS 9_151, bimaze kuboneka ko amahanga yamaze kwumva no kwemera iriya Guverinoma, TTS 9_152, bimwe byatangiye gusesengura ngo birebe uko Abafaransa bamwiyumvamo, TTS 9_153, birizewe ko ishobora gutuma haboneka inkunga itubutse yo gufasha abana bababaye, TTS 9_154, bisanzwe bimenyerewe ko hari uburyo bwinshi bwo kugirira umuntu nabi , TTS 9_155," bishingiye ku byishimo by’abantu, ibyo kurya, ibyo kunywa n’ibindi”.", TTS 9_156, bishobora kongera kuboneka mu gusoza igihembwe cy’imvura kubera imihandagurikire y’ikirere, TTS 9_157, bitabaye ibyo amahirwe yo kuzaba umukinnyi ukiri muto witwaye neza yazamucika., TTS 9_158, biterwa n’uko abakobwa ubwabo batazi kwihishira n’iyo babigerageje umubiri wabo urabatamaza, TTS 9_159," bitwaga abanukamishyo, kuko bazanye n’umutware wabo witwaga runukamishyo ", TTS 9_160," biza gutuma Shejusa ajya mu Bwongereza agumayo , atinya ko aramutse agarutse mu gihugu yakwicwa cyangwa agafungwa", TTS 9_161, bo barapyinagajwe uvuze ngo aba afite ingengabitekerezo ya jenoside cyangwa agashinjwa ko yayikoze , TTS 9_162, bombi ni abakinnyi beza cyane kandi bakiri bato bo mu mutima w’ubwugarizi mu Rwanda, TTS 9_163, bwari bwo bwa mbere mbyumva ariko si jye warose ngera mu rugo., TTS 9_164," by 'umwihariko bibuka abari abayoboke babo, abiciwe mu nsengero n’ahandi hatandukanye kandi imvugo yabo ni “Ntibizongera ukundi”.", TTS 9_165, byabagezeho bitewe no kutirinda mu mirire no mu minywere, TTS 9_166, byabaye ngombwa ko niga vuba kugira ngo ndebe kure nanasobanukirwe ko ntabasha kugenzura ikirere, TTS 9_167, byaduteye amatsiko yo kumenya niba iyi mvura ifite icyo ivuze mu myemerere ya Kiliziya gatolika, TTS 9_168, byanyorohera kugira icyo mbivugaho kuko ndacyari umusore, TTS 9_169, byatangiye kugaragara ko ibihugu bitandukanye bifite imibare y'ubukene yiyongera umunsi ku wundi , TTS 9_170, byose ntibyakozwe ni nayo mpamvu bitashimishije bamwe mu bitabiriye iki gitaramo., TTS 9_171, duhura n’ibibazo tukibwira ko twabivamo ariko twegereye za banki cyangwa abayobozi bazo, TTS 9_172, gahunda yo gutuza abaturage mu midugudu ni igikorwa gikomeza., TTS 9_173, gucengera kw’imizi y’igihumyo biba bigoye cyane, TTS 9_174, gufunga imishumi y’inkweto ni imvugo izimije yakoresheje ashaka kuvuga guhatana., TTS 9_175, gukoresha abagenzuzi b’imari mu turere aho gukoresha abakozi b’inzego zirebwa n’iyi gahunda binyuranyije n'itegeko, TTS 9_176, gutanga izo nkunga ntibizongera kubaho ndetse n’amafaranga yari agitangwa azakoreshwa mu bindi, TTS 9_177, habayeho impinduka ku bigaragambyaga kuko byahise byakirwa bwangu kandi neza, TTS 9_178, hakenewe impinduka mu bucuruzi n’ibikorwa by’ubukungu hagati y’imigabane yombi, TTS 9_179, hamaze kubaho ubwumvikane hagati ya komite n’ufitanye ikibazo na Leta, TTS 9_180, hanafashwe abajura benshi barimo abakora abantu mu mifuka n’abatobora amazu, TTS 9_181, harandiye cyane nibuka ko data atajya abura imiti mucyumba cye, TTS 9_182, hari abandi bamushidikanyagaho bibaza niba Abanyamerika bayoborwa n'ibyamamare kuri Televiziyo inshuro ebyiri zikurikirana., TTS 9_183," hari abantu basobanura iyo mirongo n’imigenzo ya Muhamadi mu buryo butandukanye,.", TTS 9_184," hari abantu benshi barokowe, nk'uko itangazamakuru ry'aho ryabivuze.", TTS 9_185, hari abatari babagirira icyizere ngo bumve ko iyi mirimo bayikora neza, TTS 9_186, hari aho abahamagara abagenzi baba batanambaye imyambaro y’ibigo bitwara abagenzi bakorera, TTS 9_187, hari aho byageze biba ngombwa ko yirwanaho ni uko afata myugariro , TTS 9_188, hari byinshi bikindemereye mu mutwe nshaka ko mumfasha kubibonera igisubizo., TTS 9_189, hari imifuka ine y’isukari abaturage bari batwaye yari itarakoreshwa, TTS 9_190, hari n’urutonde izi nyeshyamba zifite rw’abagomba kwicwa barimo na Kayihura, TTS 9_191," hari ubwo bimbana byinshi ngaha akazi abamfasha nkabahemba, nanjye nkagira icyo ninjiza.", TTS 9_192, hari ubwo nigeze mbasaba kugira icyo mumpa ngo mukore mu mutungo wanyu mumfashe, TTS 9_193," hari urugomero rwa nyabarongo, urwa rusizi n'izindi ngomero nto hirya no hino mu turere", TTS 9_194, hasi murahasanga ibiganiro Mihigo yagiranye na Niyomugabo mu myaka yashize, TTS 9_195, hasigaye iminsi mike icyiciro cya mbere cyo kuvoma gazi mu Kivu kigatanga umusaruro, TTS 9_196, hasigaye umukino umwe n’ibirarane kugira ngo shampiyona y'uwo mupira w'intoki irangire, TTS 9_197, hategerejwe umukino wo kwishyura uzabera mu mujyi wa Kigali mu byumweru bibiri biri imbere, TTS 9_198, havuzwe abagore bagabiye imodoka n’indi mitungo ba Pasiteri mu nsengero, TTS 9_200, hazatoranywa imishinga ine ya mbere buri wose uhembwe miliyoni ebyiri, TTS 9_201," hejuru ya byose urupfu rwa yezu rwabereyeho gutuma umunezero n’ijuru biba ibyacu,", TTS 9_202, hiyongereyeho abahungu bajya kwiga ipantalo bazifashe mu ntoki cyangwa baraziciye bikabije., TTS 9_203, i Galilaya Yezu arababwira ati “Umwana w’umuntu agiye kuzagambanirwa afatwe n’abantu, TTS 9_204, i yeruzalemu bibwiraga ko ubwami bw 'Imana bwari bugiye kwigaragaza mu bantu, TTS 9_205, ibibazo by'iyo kipe nagiye mbyumva n'ubwo ntarabona uko mbiganiraho n’abo bireba., TTS 9_206, ibintu nibikomeza kumera gutya nibwo abayisilamu bazashobora kurwanya ubupfura buke n’ubuhezanguni bituma bahutaza abantu, TTS 9_207, ibipimo bisanzwe by’ubushyuhe muri iyi Nyanja byiyongereyeho dogere selesiyusi ebyiri., TTS 9_208, ibyo bituma bumva bakomeye kandi koko baba bakomeye, TTS 9_209," icyo adusaba ni ukwegera umusaraba, tukiyandikisha kuko mu bo yapfiriye turimo", TTS 9_210," icyo gihe cyose cyo kugeragezwa no gushinyagurirwa, kirisitu yakomeje kugaragaza kwihangana no kwiyubahisha", TTS 9_211, icyo gihugu ubukungu bwacyo bugenda buzahara kubera indwara ya Ebola ., TTS 9_212, icyo utambaza ni ukumenya niba wakavomesha ukayageza mu rugo , TTS 9_213, igamije kureba ko ihame ry' uburinganire n 'ubwuzuzanye ryubahirizwa neza ku buryo bwose, TTS 9_214, igihe cyose mwinjiye muri iyi nzu mujye mwumva ko muri iwanyu, TTS 9_215, igihe utaragera kuri wa murongo ndakwihorera ariko n’uwugeraho ntabwo uzamenya icyagukubise, TTS 9_216," igihe zakayo yumviraga ijwi ry'umwuka muziranenge, yahise aca ukubiri n’ibikorwa bihabanye n’ubunyangamugayo", TTS 9_217, igira ikipe muri aya marushanwa kandi itagira amashuli abanza , TTS 9_218, igisigaye ni uko byemezwa n'inama y’abaminisitiri iteganyijwe muri iki cyumweru, TTS 9_219, igitangaje ni uko hahezwa abagore n’amatungo yo mu rugo uretse injangwe zibikesha kuba zirya imbeba, TTS 9_220, igitaramo cye kiri burangwe n’urwenya rwinshi abantu batari bamuziho., TTS 9_221," ijwi ry'umushukanyi ryumvikanye rivuga riti: “Ndaguha ubutware bwose n'ikuzo ryabwo,", TTS 9_222, ijwi ry'uyu mukobwa ukiri muto ryumvikana risebya umugabo ufungiye mucyumba cyijimye., TTS 9_223," iki gitaramo ntikitabiriwe cyane, gusa abakijemo batashye bishimye ,kuko abari bagitumiwemo bose bari bakitabiriye", TTS 9_224, iki kinyamakuru cyamaze gutangaza ko gifite amakuru yizewe avuga ko Mugeni yabyaye impanga, TTS 9_225," ikiguzi fatizo cyabyo cyagenwe mu buryo bushyize mu gaciro,", TTS 9_226, ikintu cya mbere na mbere ni uko nivuza cyane cyane ko atari ubwa mbere mvuye mu mva, TTS 9_227, ikivugwa ko cyateye iyi mpanuka ni umuvuduko mwinshi uyu mushoferi yari afite., TTS 9_228, ikizagira icyo kimara gisumba ibindi ni ubuhamya bugaragazwa n’imibereho yacu bwite, TTS 9_229, ikomeje kugaragaza intege nke mu ruhando rw'umuziki ndetse benshi bemeza ko isigaye ku izina gusa, TTS 9_230, ikoreshwa mu kumenya niba ahagiye kubakwa hashobora kuzibasirwa n’umwuzure, TTS 9_231, ikura vuba kandi ubutegetsi bw’u Rwanda bukibwira ko buzayirengagiza bikarangirira aho., TTS 9_232, imbere ya Kirisitu yamenye ko umutima we wanduye n’imibereho ye idatunganye., TTS 9_233, imfungwa za politiki zifatwa mu buryo butandukanye n'ubw' izindi zifatwamo., TTS 9_234, imimerere ya buri muntu igiye itandukana n’iy'uwundi, TTS 9_235," imirire nk'iyo iremerera impyiko, maze urwo ruvange rw'amazi menshi rugaca intege igifu", TTS 9_236, imisozi ugomba kuzamuka ntikurambira ikibazo ni amabuye yinjira mu nkweto zawe., TTS 9_237, imyitwarire ye irimo igitsure kandi ihuje n’ubushake bw’Imana yateye ubwoba abo bacuruzi b’abariganya, TTS 9_238, imyobo iyi nzoka yabagamo iracyagaragara mu itongo rya Nyagakecuru, TTS 9_239, inama y’abaminisitiri itaha izasuzuma amategeko azagenga izi nzego nshya zashyizweho, TTS 9_240, indyo yuzuye iri mu byo umuntu wamaze guhagarika kwikinisha agomba kwibandaho., TTS 9_241, ingabo z’Abafaransa zishinjwa kureka Interahamwe zikinjira ahari hahungiye abatutsi zikabica, TTS 9_242, inkiko zigerageza kurengera abagore bashatse bitemewe n’amategeko muri bimwe na bimwe., TTS 9_243, inkuru nziza ku bakiliya b’iyi resitora ni uko bongeye gufungura imiryango, TTS 9_244, inkweto zivugwaho ko zikunze kunuka ni izo gukorana imyitozo ngororamubiri, TTS 9_245," intumwa zaturutse muri Tanzaniya, zagaragaje ko polisi yaho yatangiye kujya iherekeza amakamyo agenda nijoro.", TTS 9_246, inzego z’ubuzima zizakomeza kwita ku buzima bw’abanduye iyi ndwara mu bihugu bikennye., TTS 10_1," iracyahanganye n’ikibazo cy’abantu bayikunda kurenza urugero , ku buryo bishobora kugira ingaruka ku buzima bwabo", TTS 10_2, iteka mpora ndi nka mukuru we n'ubwo duhangana buri wese aba ameze nk'uhangana n'umuvandimwe we, TTS 10_3, iyi alubumu yabo bahisemo kuyimaraho igihe kirekire ngo bayitunganye., TTS 10_4," iyi sosiyete ikora ibikoresho by’ikoranabuhanga, ihakana byimazeyo ibyaha umuyobozi wayo ashinjwa.", TTS 10_5, iyo bitagenze uko wabikekaga ntawe wishyuza cyangwa utakana., TTS 10_6, iyo imvura iguye hari inzugi zidakinze neza amazi ntagera mu mpombo, TTS 10_7, iyo modoka yibwe igihe yicwaga akubiswe ikintu mu mutwe, TTS 10_8, iyo ndyamye singoheka mba Numva mwene mama Atengurwa azira inzara kandi twari dufite Isambu ababyeyi badusigiye, TTS 10_9, iyo ngingo ivuga kandi ko ubwo burenganzira butagomba kubangamirwa, TTS 10_10, iyo umuntu abitsa akanabikuza ni bwo ashobora kubona inguzanyo imufasha kwiteza imbere, TTS 10_11," iyo umuntu ashatse kubagirira nabi , umuriro ubava mu kanwa ukotsa abanzi babo,", TTS 10_12, izo nyo ntizapfaga zitarangije kurya inyama zose ngo hasigare amagufa, TTS 10_13, jya unyuzamo umuzanire icyo kunywa cyangwa icyo kurya cyoroheje, TTS 10_14, kandi ngo yaryaga indyo isanzwe kimwe n’abandi banya Megizike bose., TTS 10_15, bavuga ko kera Kiyovu yabaga ityaye none umutoza ageze aho akinisha abana bato, TTS 10_16," kiliziya twayireberaga kure, tukumva ko ari iy' abapadiri", TTS 10_17, ku babikoze ni ibintu byiza cyane mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina wumva ari byiza cyane, TTS 10_18, ku mutima naribwiraga nti basi nibananyica mfe maze kumubwira ko mukunda, TTS 10_19, ku ndiza ahahoze hitwa ubunyatwa ni mu karere ko hagati ya muhanga na shori, TTS 10_20, ku ngoma ya Salomo ifeza zatekerezwaga nk'aho ari ubusa, TTS 10_21, ku nshuro ya mbere bizihije umunsi mpuzamahanga wabagenewe., TTS 10_22, kubaho ubuzima burimo umurengwe bibazanira ingaruka ku mubiri no mu bitekerezo, TTS 10_23, kuborohereza gucengera mu bayobozi no mu bikomangoma byatumye tumenya aho bafite intege nke , TTS 10_24, kugira ngo abantu babyumve nimubivuge bigere ku mpera z'isi , TTS 10_25, kuri yutube asobanurira abakunzi be imvo n'imvano y'iyi ndirimbo., TTS 10_26, kuva ku ipeti rya Burigadiye Jenerali kugeza ku ipeti rya Jenerali Majoro bisaba imyaka itatu, TTS 10_27, kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere ntabwo yagiye ku kazi., TTS 10_28," kuva ubwo, uvugije induru bigashyira kera, bati: «Nimwumve induru yabaye impomamunwa!».", TTS 10_29, kuzirikana ibikorwa by’indashyikirwa hifashishwa ikoranabuhanga ndetse no guhindura imibereho n’ubukungu, TTS 10_30, kuzisubukura birerekana intambwe yatewe mu gutsura umubano hagati y’ibihugu byombi, TTS 10_31, kwibuka abapfuye binyibutsa ko nanjye umunsi umwe nzava kuri iyi si, TTS 10_32, kwirirwa utanga amafaranga birahenze kurusha kuba ufite ikarita y’ukwezi, TTS 10_33, kwita ku mugore utwite bituma umwana na nyina bamererwa neza, TTS 10_34, mba nirinda kuvugwaho ibinyoma byakangiza isura yanjye, TTS 10_35," mba nitegereza uko avuruganya, yahumuza akampa inshyushyu mu cyansi", TTS 10_36, mbere imwe yategerezaga ko indi yambuka bigatinza urujya n’uruza, TTS 10_37," mu Mwuka umwe twese ari mo twabatirijwe tuba umubiri umwe,", TTS 10_38, mu Rwampara hari umugabo witwa Karungu ni uko bamubwira ko muka Rugarukiramfizi ashaka umushumba umuragirira inka., TTS 10_39, mu Rwanda nta rubuga mpuzamahanga ruhari ibi bigo biciriritse mu ikoranabuhanga bihuriramo, TTS 10_40," mu bigaragara umugabo nyamugabo, ashishikazwa no kugera ku byo yifuje kuva kera agakora uko ashoboye ngo abigereho.", TTS 10_41," mu kigo nigaho, nta muntu uhejwe mu isomero ariko abanyeshuri ntibarijyamo.", TTS 10_42, mu kumusenya aba yikijije undi muntu washoboraga kuba ikirangirire cyangwa kototera ingoma., TTS 10_43, mu minsi ishize havugwaga ko yuliyana akundana n’umuteramakofe witwa Evora, TTS 10_44, mu myaka itanu iri imbere byose bazaba baratangiye kubikorera mu Rwanda, TTS 10_45, mu myigaragambyo iherutse amaduka menshi n’ibikorwa bitandukanye byarakomeje birakora nk’uko bisanzwe., TTS 10_46,ubwo mperuka isomwa ry’urubanza rw'uyu nyakwigendera narumiwe pe., TTS 10_47, muri Bibiliya haravuga ngo mwirinde inzika kandi bitume urukundo mukundana rwiyongera, TTS 10_48, muri aba bana harimo abamaze kwigurira amatungo nk’inkwavu, TTS 10_49, muri iyi minsi yari imaze gutangira ingendo mu Buhinde no muri Zimbabwe., TTS 10_50, muri uyu mwaka nta dini ryo hanze ryinjiye mu rwanda., TTS 10_51," na bo ubwabo bari bafite icyaha cyo kwigwizaho ubukire, mu buryo bw’uburiganya bitwikiriye umuhamagaro wabo mutagatifu", TTS 10_52," na nyuma ntiyigeze ahinduka, yamfataga nabi akumva ko kungaburira ari byo ahari bimugira umugore.", TTS 10_53, na nyuma yaho bizakomeza ariko noneho bikorwe kinyamwuga no ku rwego mpuzamahanga, TTS 10_54, na nyuma yo kubyara nagombaga guca inshuro ngo ndebe ko twaramuka, TTS 10_55, na we asabwa ko umusoro yakiriye awushyikiriza ubuyobozi bw’imisoro nk’uko itegeko ribiteganya, TTS 10_56, nabeshye ko bangonze ariko nkabona data ntabwo arimo abyumva neza, TTS 10_57, nabo batoye ko bigaragambya bagasaba kongererwa imishahara, TTS 10_58, nabo bakekwaho kwinjiza impunzi mu nyeshyamba bazikuye mu nkambi zo muri Uganda., TTS 10_59, nagize gutya mpura n’umugabo washakaga umuntu wo kumwogereza imodoka, TTS 10_60, nahamagawe kuri polisi ngo ngire makuru mbaha ku byo namenya, TTS 10_61, nahise mbyutsa abaturanyi dutangira gushaka amazi n’ibitaka kugira ngo tuzimye uwo muriro”., TTS 10_62, nahise nandika nsaba kwinjiramo ntanga n’ibindi byangombwa byose byari bikenewe., TTS 10_63, naje hano mpasanga abasirikare bahita bakibaga bampa n'imiti none ndumva meze neza”., TTS 10_64, nakiriwe neza numva birantunguye bituma nsubirayo njya kuzana umugabo wanjye nari nasizeyo., TTS 10_65," nakoze mu nganzo mbabyinira Kinyarwanda bararyoherwa , umuco wacu barushaho kuwukunda no kuwubaha", TTS 10_66, namenye ko umugore umwe muri abo bane ari umupfakazi., TTS 10_67, narebye mu isakoshi nsangamo amafaranga na Telefone ibindi mpita mbijuganya ahantu hameze nk’ aho bamena imyanda, TTS 10_68," nari nkwiye kugira icyo mvuga, ariko ndakibura.", TTS 10_69, nashatse abantu banshyirira amabuye ku gikoni kuko igisenge cyari cyagurutse cyagiye., TTS 10_70, nashimye cyane ubutumwa bwose bugaragaza ko byakiriwe neza… N’ibindi bizaza vuba”, TTS 10_71, nasubije ko nahera kuri uwo muvandimwe ariko sinari nzi n'uko namubona, TTS 10_72, natwe ubwacu tugomba kugira uruhare mu kubungabunga ubusabane bwacu n'Imana, TTS 10_73, navuga ko ari abatoza nka Nshimiyimana na Mbungo bamfashije bakanzamurira urwego, TTS 10_74," navuga ko byanteye imbaraga sincike intege , kandi ngakora cyane kugira ngo nzagere kure", TTS 10_75, nazanye igitekerezo kubera amasomo batwigishije ubwo duheruka ku rwibutso., TTS 10_76, ndababwira ukuri ko mutaje kunshaka kubera ko mwabonye ibimenyetso ahubwo ni uko mwariye mugahaga, TTS 10_77," ndamutse menye ko umuhungu wanjye ari umutinganyi, nashaka icyuma nkamujombagura kugeza apfuye.", TTS 10_78," ndasenga kandi nizera ko Imana ariyo inshoboza byose, ari yo indwanirira.", TTS 10_79, ndashaka gukomeza amashuri kuko ntekereza ko bizamfasha gukura mu mwuga wanjye no kugera ku byifuzo byanjye”, TTS 10_80, ndi mu myiteguro ngiye kurushaho kwitoza kandi nizeye ko Imana izamfasha nkanatsinda., TTS 10_81, ndifuza gukora cyane maze abanyumva ntibambure cyangwa ngo bankumbure, TTS 10_82," ndifuza kuba ukwanjye na we akaba ukwe, twese tukabaho mu byishimo ntawe ubangamiye ubuzima bw'undi", TTS 10_83, ndishimye kandi nirerera abana banjye sinkitaye kuri biriya., TTS 10_84, ngo amaze gukuramo inda eshatu za Niyonsenga basezeranye byemewe n’amategeko, TTS 10_85, ngo abagabo muri izo nzego zifata ibyemezo bagira akamaro kanini kurusha abagore, TTS 10_86, ngo agiye gutangira gukura imyanda mu ngo z’ abaturage., TTS 10_87, ngo azasaba abayobozi n’abapasiteri kwigisha abaturage guhindura imyumvire., TTS 10_88, ngo barashaka ko abana bakunda umupira barebeye ku bakinnyi bawugiriyemo ibihe byiza., TTS 10_89, ngo bishobora kongerera umuntu ibyago byo kurwara kanseri yo mu ibere, TTS 10_90, ngo byaje kubura biba ngombwa ko bajya mu Rwanda kwiba ibyo kurya bafatanyije n’imbonerakure, TTS 10_91, ngo ibitsina byabo barabyishimiraga bigatuma abandi bagira ipfunwe bakajya kuringaniza ibyabo., TTS 10_92, ngo imico yabo ibemerera kugira inshoreke hejuru y'abagore bemewe, TTS 10_93, ngo uko unywa nyinshi niko uba wongera ibyago byo kurwara zimwe muri izo kanseri, TTS 10_94, ni bamwe mu bahanzi bampemukiye ku munota wa nyuma ntibaboneke kandi bari bafite iyo gahunda, TTS 10_95, ni bashya muri Kigali ndetse n'izina ryabo ntirizwi na benshi mu bakunda umuziki, TTS 10_96, ni bwo umuturage wari ugiye guhinga umuceri yasanze umurambo we mu gishanga”., TTS 10_97, ni kenshi yumvaga bavuga ko iki gihugu gifite abakobwa beza ariko atarabibonera , TTS 10_98, ni nde uba wababwiye ngo muze kundibatira urugo, TTS 10_99, ni nko kwemeza ko icyo Imana yaremye yasanze ari cyiza, TTS 10_100, ni ubwa mbere mbyaje umugore akabyara abana bane inshuro imwe, TTS 10_101, ni ugutegura imbangukiragutabara n’amarimbi ngo kuko abantu barimo banywa inzoga nk’abari mu marushanwa, TTS 10_102, ni ukwishyira hamwe birashoboka ko mubigiramo uruhare biciye mu makoperative murimo”., TTS 10_103," ni umukinnyi, umwanditsi n'umuhanga mu kuyobora filime, kandi akaba n’impirimbanyi y’amahoro.", TTS 10_104, ni umukobwa wafashije benshi mu bahanzi bakomeye bamaze iminsi baza kuririmbira mu Rwanda., TTS 10_105, ni umuntu ushyira amazi abantu be kugira ngo bakomeza akazi kabo, TTS 10_106, ni umupira umwe gusa Bashunga yafashe wari utewe na Nshuti Dominiko Saviyo., TTS 10_107," ni umwe mu bahanzi bakunzwe mu bufaransa muri iyi minsi,.", TTS 10_108, ni umwe mu bakobwa bashyira imbaraga nyinshi mu iterambere ry’umuziki nyarwanda., TTS 10_109, ni umwe mu baza ku isonga bashinjwa urupfu rwa Tomasi Sankara., TTS 10_110, nibanze cyane ku gukomera no ku kwigirira icyizere, TTS 10_111, nibo batanze ubuhamya nka bamwe mubarokokeye muri iki kigo., TTS 10_112, nibuka ni uko nigeze kumara imyaka ibiri ndya ubugari saa sita na nimugoroba ku buryo nabuhuzwe, TTS 10_113, nibutse ko mfitanye gahunda nawe ariko numva namuhakanira kuko ntashakaga kongera, TTS 10_114, nifuzaga gusangira na kazitunga ejo kandi ambwiye ko azaba ari mu mujyi, TTS 10_115," nimuntege amatwi , nifuje mu mutima kubaka inzu isanduku y 'isezerano rya Yehova izaruhukiramo", TTS 10_116, nitubigira ibyacu nta kabuza indwara zo kugwingira zizacika, TTS 10_117, niwe watumye amatora ya mbere agirwa impfabusa kuko yaranzwemwo amakosa menshi n’ibindi bitatunganijwe neza, TTS 10_118, niyo iguye ndakomeza ngahendahenda mu minota mike igahaguruka ngakomeza ibyanjye., TTS 10_119," nk’uko akunda ijambo ""Yego"" ni nako yanga gukorera kuri ""Zeru"".", TTS 10_120, no kuba iyo kamyo itarahiriye hagati y’amazu ni amahirwe , TTS 10_121, nta mwete muke mujya mugira mu mikorere yanyu, TTS 10_122," ntagutinda, fata utuntu twawe twingenzi tuve hano byihutirwa", TTS 10_123, ntakunze kwiyemeza ikintu na kimwe ku buryo azwiho ako kantu, TTS 10_124, ntangira kwibaza nti ese ubundi kera u Rwanda ntabwo rwanganaga gutya?, TTS 10_125, ntibazi ko nta rwibutso na rumwe rutarimo amagufwa y’abatutsi n’ay’abahutu., TTS 10_126, ntibiramenyekana niba ibibazo by’amikoro byarabonewe umuti ku buryo bahembera igihe bakanagura abakinnyi bakomeye, TTS 10_127, ntibyanshobokeye kuko mudasobwa yanjye yari yazimye maze ngezweho baransimbuka birambabaza cyane., TTS 10_128, ntushobora kumenya igihe bizarangirira bityo nanze gutuma ugira umunsi mubi, TTS 10_129, nubwo naba nari umubaji cyangwa umudozi w'inkweto sinabihagarika ngo ni uko mbaye umuhanzi ., TTS 10_130, numva ko umugore natekerezaga ko ari umuforomo ahubwo ari umuganga, TTS 10_131, numvaga mfite isoni zo kumureba mu maso bituma nkomeza kureba hasi, TTS 10_132, numvise ko Sawuli yenda gutera i Keyila no kuyirimbura abampora., TTS 10_133, nyuma naje kumenya ko nari mfite ibikomere ku mutima nari maranye igihe kirekire, TTS 10_134, nzagwiza urubyaro rw' umugaragu wanjye Dawudi n'abalevi bankorera, TTS 10_135, nzapfa nishimye kubera ko hari icyo namariye abaturage banjye., TTS 10_136, nzi ko untega amatwi kandi udashaka guhungabanya amarangamutima yanjye, TTS 10_137, nzi neza ko ibyo tuzageraho byose muri iki cyumweru tuzaba tubikesha akazi gakomeye yakoze, TTS 10_138, nzi undi muntu byabayeho mu minsi mike ishize., TTS 10_139, n’abanyarwanda bari bafite ijambo bari abo muri Ngoma na Matyazo maze bakanyereka ko ntacyo nshoboye, TTS 10_140, n’umushoferi ugerageje guhagarika iyi systeme ihita imurega bityo bikagabanya impanuka”., TTS 10_141, perezida w'inteko ishinga amategeko yatoboye inzu ye, TTS 10_142, referendumu ku itegeko nshinga ry’Abanyarwanda ni igikorwa cyerekana demokarasi nyayo., TTS 10_143, rutahizamu Rooney yinjiye mu kibuga asimbuye kandi ikipe igaragaza ko imukeneye., TTS 10_144, saa kumi z'ejo wabonaga hanze hari abantu batabarika, TTS 10_145, si ibanga nta n'ubwo biteye isoni kuburyo icyo gihe cyiza kigeze nabyihererana, TTS 10_146, si kenshi ibibazo bishingiye ku mwajwi bikomera, TTS 10_147, si ukubimenya gusa ahubwo byakagombye gutuma umuntu akura mu buryo bw’umwuka, TTS 10_148," sinari kumwibagirwa, kuko yanshenguye umutima kabiri, kandi sinshobora na rimwe kumubabarira ", TTS 10_149, sinigeze mba intyoza haba mu rugo haba ku kazi, TTS 10_150, sinshaka kubura urumuri rwiza rwo mu gitondo, TTS 10_151, tuba twigize abanyantege nke nyamara twahawe ububasha butwemerera gutegeka ikintu cyose kikatwumvira., TTS 10_152, turasaba ko iryo tsinda rigenzura ryabyitondera kuko insengero zubahirije ibyo mwasabye ari nke cyane., TTS 10_153, tutarakora ubushakashatsi twumvaga nta muntu n’umwe wayihanganira ariko twabonye abayishyigikiye., TTS 10_154, tuzakomereza no mu zindi nkambi kandi nta mwanya tugomba gupfusha ubusa., TTS 10_155, twabashije gukusanya inkunga dufasha umuryango w’abana batandatu b’imfubyi bibana, TTS 10_156, twariye imbwa nyinshi zishyushye uyumunsi none Sinshaka kuzongera kubona indi mbwa ishyushye igihe cyose nkiriho., TTS 10_157, twe Miss Rwanda ntitukiyibona nk'urwego runaka ahubwo tuyibona nk'akazi umuntu akora yanasinya imihigo, TTS 10_158, twe turavuga tuti ‘Nagende umuryango we ufite inshingano zo kumwitaho, TTS 10_159, u Rwanda rwagombaga guhabwa inyandiko z’ibisaba kugira ngo rwitegure icyo rusubiza.’, TTS 10_160, ubu abo bana bameze neza gusa baracyari mu bitaro kugira ngo bakomeze gukurikiranwa n’abaganga., TTS 10_161, ubu inda yose tuvuga ko ishobora kugira ibibazo cyane cyane nko mu gihe cyo kubyara, TTS 10_162, ubu muri ubwoko bw 'Imana ariko mbere mwari abantu batari baragiriwe imbabazi, TTS 10_163, ubu ngo bagiye gupimwa ngo barebe niba nta bibazo by'ubuhumekero baba bafite., TTS 10_164, ubuhamya bwinshi bwerekana ko hari bimwe mu bikoresho byakoreshejwe Jenoside byatanzwe n’u Bufaransa, TTS 10_165, ubukonje bukabije bwo muri firigo nabwo bwica udukoko dutera umunuko mu nkweto, TTS 10_166, ubundi abagabo baba bashaka kureba imiterere yawe myiza wambaye ubusa, TTS 10_167," ubundi se abatambyi ntiboherezaga iteka abantu bo gutata ibikorwa bye byose,", TTS 10_168, uburyo iyo Referandumu yagenze byangije isura y’u Rwanda ku rwego mpuzamahanga., TTS 10_169, ubushinjacyaha bwo bwakomeje gusaba ko igihano yari yakatiwe n’Urukiko Rukuru cyagumaho, TTS 10_170, ubwo Yezu yari amaze kubambwa nibwo Nikodemu yibutse inyigisho yumviye kuri uwo musozi , TTS 10_171," ubwo bageragezaga kuyihagarika babatera ibyuka biryana mu maso , abigaragambyaga na bo babateye amabuye n’amacupa", TTS 10_172," ujya kumera nk’indirimbo kubera injyana izanwa n’imikarago ijya kureshya,", TTS 10_173, uko amazi arushaho gukonja ni ko igifu kirushaho kumererwa nabi, TTS 10_174, uko asa bitandukanye n’uko yasaga umwaka washize igihe yamurikaga alubumu , TTS 10_175, uko binjiye baririmba ni nako basohotse, TTS 10_176, ukwizera ufite mu mutima wawe muri iryo sengesho uvugirwa niko gutuma ukira, TTS 10_177, umugabo ni we mutware w'umuryango kandi imibanire myiza mu rugo ishingira ku Mana., TTS 10_178, umugabo wa Nikuze bivugwa ko yishwe ari umurobyi ngo yaba aba mu Bubiligi, TTS 10_179, umugabo we yifotozanya n'abandi bagore ntacyo bimubwiye., TTS 10_180, umugore witwa Kiyange yemeye kwitanga nk’intwari ngo apfire Nyiratunga., TTS 10_181, umuntu afata udufaranga twe amaze gukora firimi ntanabashe guhemba abo yakinishije”, TTS 10_182," umuntu ananirwa kwituma, kuko aba afite imyanda myinshi mu mubiri, bigatera impyiko kudakora neza bityo zikarwara", TTS 10_183," umuntu nava mu kazi nk’aka, azajya yongera ashake izindi nshuti nshya, kuko izo yahoranye atazibaniye neza", TTS 10_184, umuntu yakibaza icyo bitwaye Byabarumwanzi kuba Bamporiki ari inkomamashyi cyane cyane ko badasangiye ishyaka, TTS 10_185, umunyamerika w’umuririmbyi akaba n’umwanditsi w’indirimbo yitabye Imana kuri iyi tariki., TTS 10_186, umutambyi yakiraga amafaranga y'incungu iyo abana bazanwaga kumurikirwa Uwiteka, TTS 10_187, umutoza w’umupira w’amaguru w’umwongereza yitabye Imana., TTS 10_188," umuyobozi uhagarariye Loni mu Burundi, yatangaje ko iyo myigaragambyo ishingiye ku mpamvu za politiki", TTS 10_189, umwe muri bo ubwo yari abambwe ku musaraba yakomeje kwiheba no kurebana, TTS 10_190, umwunganira we yavuze ko nta kuntu umukiriya we yari kugira imyitwarire mibi mu butumwa yari arimo, TTS 10_191," unkoresha ni we wanshoye kuko, yandangiye igaraje, njya kugishyirishamo, anambwira ko yakishyuye.", TTS 10_192, urubanza rwayo rwageze mu ijuru rwarazamutse rugera mu bicu byo mu kirere, TTS 10_193, uruhare rwa Mesiya mu byerekeye gutanga igitambo cy’incungu ni ntagereranywa, TTS 10_194," usanga abapasiteri bamwe barabisimbuje kwigwizaho ubutunzi n’icyubahiro , ndetse rimwe na rimwe bakanabirwaniramo", TTS 10_195," uwamukubise na we azicwe, n'umwicanyi uhorera amaraso y 'uwishwe namubona azamwice", TTS 10_196," uwizera ashobora kunguka ibyiringiro by'agakiza ke kandi akamenya ko yakijijwe,", TTS 10_197, uyu mugoroba ni bwo biteganyijwe ko umukobwa wa mbere asezererwa muri iri rushanwa, TTS 10_198, uyu muryango wabaga muri iyi nzu imeze itya mu mujyi wa Kigali., TTS 10_199, uyu musore aherutse gushyira ahagaragara amashusho y’indirimbo ye yise ‘Biransetsa’., TTS 10_200, uyu mwaka Imana yaduhaye abapadiri barindwi bashya bunganira abababanjirije. nisingizwe iteka, TTS 10_201, uyu mwaka hamaze gupfa abasirikare barindwi mu bagiye mu butumwa bwo kwimakaza amahoro muri Mali., TTS 10_202, uyu mwana akeneye gukura tumufashe ntakomeze kugwingira, TTS 10_203, uyu mwana niyumva hari irindi hohoterwa akorewe ageze ikibazo kuri polisi igikemure, TTS 11_1, we n’umukunzi we Hitayezu basezeranye imbere y’Imana bambikana impeta y’urudashira, TTS 11_2, we yasanze ku kibuga cy’indege abantu bake bari baje kumwakira, TTS 11_3, wenda azanemera asabe imbabazi abo arimbura igitondo n’ikigoroba hirya no hino mu bihugu baturanye, TTS 11_4, wibuke ko ntashobora kuba nyoko ariko nshobora kuzaba inshuti yawe magara , TTS 11_5, wowe n'ababyeyi bawe ni iki buri wese yamenyeye ku mahitamo mwakoze , TTS 11_6, yabifashe nk’ibisanzwe ndetse ngo yumvaga azahabwa imbabazi indirimbo ze nshya zigacurangwa nk’ibisanzwe, TTS 11_7, yabonye ko akajagari k’inzoga kazatuma umwana wabo adakura neza., TTS 11_8, yabwiye abakunzi be ko igihe cyegereje akabyara gusa yirinze kuvuga igihe ntarengwa., TTS 11_9, yagabye ibitero byinshi ku murwa mukuru Mogadishu no mu yindi mijyi, TTS 11_10, yageze imbere y’abaturage yambaye inkweto zitukura ziciye bugufi cyane., TTS 11_11, yagiye ku rukiko agamije kwerekana bidasubirwaho ko ashyigikiye intambara ikomeye, TTS 11_12, yagiye yifashishwa mu gusesengura imikino kuri Radiyo abantu bakabimukundira cyane., TTS 11_13," yagize ati ""Icyaduhuzaga gikomeye ni uko twembi tutavukaga aho twabaga", TTS 11_14, yagize ati ni umwuga mwiza kandi uzwi cyane wo kugurisha ibitabo, TTS 11_15, yagize ati “Hakenewe kugira ikintu gikorwa mu gushishikariza u Bushinwa guhindura imyitwarire yabwo idakwiye, TTS 11_16, yagize atya azana na musaza we witwa Gatabazi muri iyo mihango, TTS 11_17, yahageze umugore wa karemera n 'abana be baryamye hasi, TTS 11_18, yaherekejwe na nyina igihe yari agiye kubagwa mu gitondo., TTS 11_19, yaherukaga kugira ibyo ahindura mu buyobozi bukuru bw’ingabo mu ntangiriro z’uko kwezi, TTS 11_20, yaherukaga gusura u Bushinwa mu mpera za Werurwe uyu mwaka., TTS 11_21, yahise ambwira ati twari dufite ubwoba ko utazemera kwiga none ubwo wemeye ni byiza., TTS 11_22, yaje hano iri joro mu bantu benshi ngo ashaka kwerekana ko atanga abahamya ba yehova, TTS 11_23, yaje kuvanwa muri ibyo bitaro ajyanwa ku mwicanyi mukuru , TTS 11_24, yaje mu irushanwa yarakerereweho iminsi itatu kubera gutinda kubona visa, TTS 11_25, yakandagije ikirenge mu kibuga hasigaye iminota irindwi ngo umukino urangire., TTS 11_26," yakomeje agira ati:""Kumubura bizatubabaza ubuzima bwose dusigaje kuri iyi si.", TTS 11_27, yakomeje avuga ko ibindi byuma nk’ ibyo bizashyirwa mu kiyaga cya Kivu mu mpera z’ uku kwezi, TTS 11_28, yambajije niba nshaka kujya mu birori ndavuga nti yego, TTS 11_29,uyu mugabo yamenyekanye mu mukino wo gukirana abenshi bita kaci., TTS 11_30, yamujyanye ahantu hahenze cyane   atanga akayabo k’amafaranga kugira ngo ibirori bye biryohe, TTS 11_31,ubu uburyo buzajya bumufasha kubona ubutumwa bwasizwe n’abantu igihe atari ahari., TTS 11_32, yamushinjaga ko ari umurozi ngo yari kuzamwicira umwana amaze kubyara., TTS 11_33, yanasohoye indirimbo nshya iri mu iyo njyana yitwa “Karyamyenda”, TTS 11_34, yanayitangije mu Rwunge rw’amashuri rwa Cyahafi mu Mujyi wa Kigali., TTS 11_35, yanditse mu gitabo gishyirwamo ubutumwa n'abasuye urwibutso rwa Kigali., TTS 11_36, yarabahumurije anabumvisha ko bagomba gukomera ku mategeko yabo no ku gihugu cyababyaye, TTS 11_37, yaravuze ati Sinzi impamvu abantu bakunda kubyibazaho cyane, TTS 11_38, yaravuze ati Reka aya amatora abe mu mutuzo, TTS 11_39, yaravuze ati abahanzi niko mwabaye reka nkwihorere , TTS 11_40, yaravuze ati jye n'umugore Batujyanye ku murenge ariko nta mapingu bigeze banshyiramo., TTS 11_41, yaravuze ati “Ndabizi ko nkiri muto ariko niteguye gukora., TTS 11_42, yari afite indirimbo nyinshi kandi zikunzwe mu nsengero za Uganda, TTS 11_43, yari yarahawe incutso mu ikubitiro iyo yamaraga gusoza umurimo wo kwita inyambo, TTS 11_44, yari yasabye Mariya kuguma aho ariko byabaye ngombwa ko asubira ku kazi, TTS 11_45, yasabye mugenzi we kumutabara azamuye umuhoro ufatwa n’umugore wa Niwemfura ., TTS 11_46, yashakaga kuvuga akababaro k'abarimu kuva umunsi yaviriye mu ishuri ry'incuke, TTS 11_47, yashimiye bikomeye Bamporiki kuko akurikiranira hafi ibihangano bye., TTS 11_48, yashoboraga kumwishyurira itike iyo aza kumenya ko adafite amafaranga ahagije, TTS 11_49, yasimbuye sekuru nk'umwami w'itangazamakuru., TTS 11_50, yasuye ibice byose by’igihugu ahereye ku hantu nyaburanga nka pariki zinyuranye n'ahandi henshi, TTS 11_51," yatangaje ko abo itabi ryabase, bagaragaza ibibazo by’umutima kurusha abatarinyoye.", TTS 11_52, yatubwiye ko kubona abakinnyi ku myanya ikwiye ari ikintu cyabagoye cyane kuko bakoze ibishoboka byose, TTS 11_53, yatubwiye ko asanzwe ari umunyamuziki ukora iyo njyana , TTS 11_54," yavuze ikinyarwanda, ubwo yasuhuzaga abanyamakuru n'abandi bari bateraniye muri iki cyumba.", TTS 11_55, yavuze ko bagomba gutanga amakuru y'ahantu hose hari abantu batarashyingurwa mu cyubahiro kugira ngo bazashyingurwe, TTS 11_56, yavuze ko bishobora kutazagira icyo bihindura gusa amwibutsa ko agomba kujya atekereza neza., TTS 11_57, yavuze ko gusimbuza utwo dufuka bizajya bikorwa ku buntu kandi bigafata umunsi umwe., TTS 11_58, yavuze ko guta muri yombi abigaragambya bizatuma nta w’undi wongera kubikora., TTS 11_59, yavuze ko imbunda ye yibwe icyumweru kimwe mbere y'uko Mariya yicwa, TTS 11_60, yavuze ko inyungu yose igihugu cyaba cyungukira muri iyi nzoga cyakemera kikayihomba ariko ntikomeze kwica abaturage, TTS 11_61, yavuze ko ntacyo ashobora kubitangazaho kuko byaba binyuranyije n’ibyo yumvikanye n’abo bakinnyi, TTS 11_62, yavuze ko ubutasi bwa Turukiya ari bwo bwayoboye iki gikorwa gusa ntiyashatse kubivugaho byinshi, TTS 11_63, yavuze ko umwanzuro wo guhagarika imirwano ari inkuru nziza ku burayi bwose., TTS 11_64, yavuze ko yamusimbuje Mugisha kuko yari amaze kunanirwa, TTS 11_65, yavuze ko yishimiye gutaramira Abanyarwanda kandi ko abahishiye byinshi, TTS 11_66, yazanywe muri iki kigo nderabuzima cy'i Kigoma avuye mu bitaro by'i Gitwe na bwo akekwaho gusambanya abarwayi, TTS 11_67, yeguye nyuma y'umunsi umwe bitewe n’igitutu cy’abaturage bakomeje kwigaragarambya, TTS 11_68," yezu niwe wari utanze iryo tegeko, kandi urukundo abigishwa bakundaga umwigisha wabo rwabateye kuryumvira", TTS 11_69, yifuza gukomeza  uyu mwuga yatangiye kuko awukunda akanakoresha n'umwanya ariho, TTS 11_70," yinjiye abo bamurinda bahise bansohora ikubagahu, mpita njya mu gikari.", TTS 11_71, yinjiye mu muziki nyarwanda ahereye ku ndirimbo  bakoranye , TTS 11_72," yinjiye munsi y’igitanda nari ndyamyeho, mama amufasha umwana yari afite.", TTS 11_73," yinjiye muri urwo rufaya rw’amasasu, maze aramukurura amujyana kumuhisha, kugirango batamurasa agapfa", TTS 11_74, yinubira ko Komisiyo y’Amatora yategetse ko nta bukangurambaga kuri iyi referandumu bwemewe, TTS 11_75, yita ku ngo ku buryo nta n'umwe ushobora gusigara atagezweho n' ubuvuzi, TTS 11_76, yivuze ibigwi avuga ko ari we muhanzi wa mbere muri Uganda kandi ko ashimira abavandimwe be, TTS 11_77, yumva amakuru kuri radiyo mu gihe arimo kurya ifunguro rya mu gitondo, TTS 11_78, zamugejeje i Byumba ahahurira n’ umusirikare witwaga Rutayisire birangira ajyanwe gukorera Radiyo Muhabura, TTS 11_79, ziramubwira ziti kuki ugendana n' aba batutsikazi ? , TTS 11_80,ntizemeraga ko we na suzana barenze ibyo, TTS 11_81,izajya yereka Abaturarwanda na bamukerarugendo imbyino za kinyarwanda., TTS 11_82,ni igiterane kizazana ububyutse hano mu Buhinde, TTS 11_83,Ikiriyo kirabera mu rugo rw'umudamu w’inshuti ye witwa Goreti., TTS 11_84,Nzafata umwanya uhagije ngaruke nsure ibindi bice by’iyi nzu ndangamurage ntagezemo., TTS 11_85,zashinze imizi mu mitima y’abakunda umuziki, TTS 11_86,Aba babyeyi bavuze ko abantu benshi badasobanukiwe n'ibigize indyo ikwiye., TTS 11_87,Aba bacuruzi bavuga ko ubusanzwe bari bafite abakiliya ariko bagiye bakendera kubera ivumbi, TTS 11_88,aba baganga bazabikorera muri Kaminuza yigisha iby’ubuvuzi , TTS 11_89,"Aba bagore bigaragambyaga bari bafite ibyapa byanditseho ngo : "" Wakumva umeze ute bagukanze ubugabo ?"".", TTS 11_90,"Aba bahanzi barimo goreti bakoranye indirimbo “Sinkakubure”, .", TTS 11_91,Aba bahanzi bataramye imbonankubone bacurangirwa n’abanyamuziki babizobereyemo barimo Mihigo ukomoka mu Rwanda, TTS 11_92,Aba bajura bazibaga ku minara ya Tigo iba mu murenge wa Kimisagara., TTS 11_93,"Aba bakangurambaga bagiye bari mu bimina , byifashishwa mu korohereza abaturage gutanga aya mafaranga.", TTS 11_94,Aba bakinnyi biyongeraho Mutuyimana witabye Imana azize urupfu rutunguranye., TTS 11_95,Aba bakobwa banyise umuhutu kuko mu kiganiro twari twagiranye nari nababwiye ko mpungutse mvuye muri Zayïre, TTS 11_96,Aba bakozi basuye abagizwe incike na Jenoside yakorewe abatutsi batuye mu Mudugudu wa Nyamivumu mu Kagari ka Mushirarungu, TTS 11_97,"Aba bakurikiye ubutumwa bwibanze ku kurwanya ihohoterwa, rigira ingaruka ku muryango Nyarwanda bwatambukijwe mu ikinamico", TTS 11_98,"Aba bane bafashwe, aho bafungiye bemera uruhare rwabo mu rupfu rwa Se bakanabisabira imbabazi.", TTS 11_99,"Aba banyerondo barinda ibishingwe byavuye kuri iyo nyubako, aho bimenwa mu karere ka Gasabo", TTS 11_100,Aba bavanywe mu cyobo giherereye mu kigo cya Gisirikare cy'i Kanombe., TTS 11_101,"Aba barwayi baravurwa, baragaburirwa ndetse hari nabo tugurira ibyo bibinda buri munsi.", TTS 11_102,"Aba barwaza ngo bakeka ko bazize imyanzuro , yari yafatiwe abakozi b’ ibitaro bakererwa", TTS 11_103,Aba basore baba mu gihugu cya Uganda bamaze imyaka irenga icumi barahahungiye, TTS 11_104,"Aba basore barwaniye muri aka kabari , bakoresheje amacupa n’ibirahuri by’inzoga", TTS 11_105,Aba basore batanu bafashwe n’ imodoka ya gisivile yari iherekejwe n’ iya polisi., TTS 11_106,Aba basore bazwiho kugira ijwi ryiza cyane muri iyo njyana yabo , TTS 11_107,Aba basore bishimirwaga cyane n’intiti zo muri Kaminuza kubera uburyo bitwaraga ku rubyiniro, TTS 11_108,"Aba baturage bavuga ko aho iyi mihanda ica batagomba kuhishyuza , kuko iyo imihanda izabafasha guhahirana", TTS 11_109,bahise babimenyesha sitation ya polisi ya Kanyinya maze ifata iyo modoka n’umushoferi, TTS 11_110,Aba baturage bishimira ko ku bufatanye n’abajyanama b’ubuzima imyumvire yahindutse., TTS 11_111,Aba bayobozi bose bahungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Nalufenya iherereye mu Karere ka Jinja, TTS 11_112,Aba bombi bamaze gusezerana mu murenge hakurikiyeho umuhango wo gusaba no gukwa, TTS 11_113,Aba bombi bakoranye imyaka itanu ku buryo bizeranaga ukwezi kwashira uyu mushoferi ntahembwe akumva nta kibazo, TTS 11_114,Aba bombi bavuze ko nta bunganizi bazakenera mu rubanza rwabo ariko ko batiteguye kuburana uyu munsi, TTS 11_115,Aba bombi bazaririmbira ku nkombe z’inyanja y’Abahinde., TTS 11_116,Aba nabo ariko nta bukwe cyangwa indi mihango yo gusezerana bigeze bakora, TTS 11_117,Aba ni Karangwa na Bamporiki umuyobozi wa komisiyo ishinzwe itorero ry'igihugu, TTS 11_118,Aba ni abantu batandukanye baramukiye mu myigaragambyo kuri uyu wa Kane., TTS 11_119,"Aba uko ari bane baraganiriye bahuza urugwiro, birangira bakoze urubuga bahuriraho", TTS 11_120,Ababajijwe muri ubu bushakashatsi babarizwa mu byiciro by' ubudehe bitandukanye, TTS 11_121,"Ababandwaga babikoraga nijoro rimwe na rimwe , bambaye ubusa babyina indirimbo z’imandwa.", TTS 11_122,Ababikora bamenye ko batiza umurindi Malariya ; kandi ko babangamira gahunda ya Leta yo kuyirwanya., TTS 11_123,Ababohojwe ni abari barafashwe bugwate na Leta ya Kiyisilamu ubwo yigaruriraga umugi wa Mosule mu ntangiriro za Kamena., TTS 11_124,Ababonye uwo murambo bavuga ko nyakwigendera yishwe atewe ibyuma n’ abantu bataramenyekana., TTS 11_125,Ababyeyi bafata iminsi ibili cyangwa itatu mu kwezi bakaza kwiga uko bategura indyo yuzuye ku gikoni cy’umudugdu, TTS 11_126,Ababyeyi basabwe gutegura indyo yuzuye bahereye ku biribwa biboneka iwabo birimo na soya, TTS 11_127,Ababyeyi bashaka kwita imfura yabo y’umuhungu Mbappé bagiranye ikibazo n’abayobozi bo mu Bufaransa hitabazwa amategeko, TTS 11_128,"Ababyeyi rero bagomba kurera abana babo, bakabafasha babereka inzira nyayo ibintu bikorwamo.", TTS 11_129,Abacakara bo muri ako gace bakoze imyigaragambyo, TTS 11_130,Abacamanza bashinzwe kuburanisha abakoze ibikorwa by’iterabwoba mu Bufaransa bagiye basimburana uko imyaka yicumaga., TTS 11_131,Abacuruza ibikomoka kuri peteroli bafite ikibazo cyo kuba mu Rwanda hari ibigega bito, TTS 11_132,"Abacuruza ibyo bikoresho bagomba kwiyandikisha ku murenge bakoreramo, kandi bakaba bazi neza aho byaturutse", TTS 11_133,"Abacuruzi basabye ko bahabwa umwanya uhagije, bagashaka ibikoresho babura, aho guhita bafungirwa.", TTS 11_134,"Abacuruzi b'abanyamahanga baba muri Tokiyo , bakunze kwinubira ibiciro by'ibiribwa bitumizwa mu mahanga biri hejuru", TTS 11_135,"Abacuruzi b'i Burundi bahuriza ku kuba barasabye inguzanyo mu mabanki maze bagashora mu buhinzi bw’imbuto n’imboga,", TTS 11_136,Abacuruzi b’imbuto mu Mujyi wa Nyagatare bavuga ko bazibona bibagoye ugasanga abakiliya batishimira igiciro baziguraho, TTS 11_137,Abadepite bibajije ku bantu banyereza umutungo wa Koperative Umurenge Sacco ntibakurikiranwe, TTS 11_138,Abadoda inkweto bavuga ko uwo mwuga wabagiriye akamaro kuko bitunze, TTS 11_139,Abafasha ba Trump bavuga ko ibya uwo madamu nta shingiro bifite, TTS 11_140,Abafashwe barimo barabazwa hashingiwe ku makuru yakuwe muri telefoni zabo zigendanwa., TTS 11_141,Abafashwe bemera ko izo mpapuro bazifataga bakajya kuzicuruza ku bazikoramo ibikoresho byo gupfunyikiramo abaguzi, TTS 11_142,Abafashwe ni abanyarwanda barimo Gakwerere uzwi kuko yabaye mu gisirikare cya Uganda, TTS 11_143,Abafatanyabikorwa mu by’ubuzima bateye ikirenge mu cya Minisitiri w’ubuzima batanga inkingo ku bana, TTS 11_144,Abafite amakamyo akora ubwikorezi mpuzamahanga bamenye kiriya gikoresho kandi bakirinde ntihagire ikicyangiza, TTS 11_145,"Abafite ubumuga bo mu mujyi wa Kigali , barifuza ko bagenzi babo bafite umuco wo gusabiriza, bawucikaho burundu", TTS 11_146,Abafite ubushobozi buciriritse bazahabwa ibibanza n’ubundi bufasha naho abishoboye bahabwe ibibanza biyubakire”., TTS 11_147,Abagabye icyo gitero ukwo ari batatu nabo bakiguyemo., TTS 11_148,Abagande bigaragambyaga bavuga ko barimo bamagana itabwa muri yombi ry’umucuruzi w'amafaranga w’Umugande, TTS 11_149,Abaganga bo baravuga ko icyizere gihari cyo kuba bamugabanyiriza uburebure bw’ijosi, TTS 11_150,Abaganga nibo bafashe umwanzuro w’uko yicwa muri ubwo buryo, TTS 11_151,"Abaganga n’abakozi bo muri ibi bitaro, bashinjwa ko batakurikiranye neza uyu mubyeyi , ngo bamwiteho kugeza ubwo ahapfira", TTS 11_152,Abaganiriye na yo bayibwiye ko uyu muryango watsuye umubano n’indi miryango itandukanye, TTS 11_153,Abageze aho Karegeya yapfiriye bavuga ko abamwishe bamunigishije imigozi yo muri iyi hoteli, TTS 11_154,Abageze mu zabukuru n'incike bongerewe inkunga y' ingoboka mu mibereho yabo ya buri munsi, TTS 11_155,"Abagize ishyirahamwe ""Turangirane"" bavuga ko imibereho yabo nta pfunwe ibatera ngo kuko atari bo bonyine babikora", TTS 11_156,Abagize Inganzo Ngari bavuga ko abazitabira ibi bitaramo bazavungurirwa byinshi kuri aya mateka ateye amatsiko, TTS 11_157,Abagize ayo mashyirahamwe bazasura inzu z'abarokotse Jenoside zasenywe n’abashakaga gusibanganya amateka yayo burundu, TTS 11_158,"Abagize imiryango y’abaregwa basohotse bijujuta abandi bimyoza , bagaragaza ko batishimiye icyo cyemezo.", TTS 11_159,Abagize inganji bavuga ko bifuza kuzajya bagirana ibiganiro naba nyiri filime cyangwa ba nyir'igihangano muri rusange, TTS 11_160,"Abagore barindwi bazarongorwa n'umugabo umwe bamubwire bati, ""tuzigaburira tuniyambike.""", TTS 11_161,Abaguye n’abakomerekeye muri iyi mpanuka bahise bajyanwa mu bitaro by'i Byumba., TTS 11_162,Abahagarariye za koperative n’abacungamutungo bazo bibukijwe gukoresha neza amafaranga yazo , TTS 11_163,Abahamagaje iyi myigaragambyo bavuga ko bahagarariye rubanda nyamwishi rudashaka ko ubutaliyani bucikamo ibice., TTS 11_164,Abahanga bavuga ko gukosa ari ibisanzwe ariko ko kongera gukora iryo kosa aribyo bibi., TTS 11_165,"Abahanga bo muri iyo Kaminuza, nabo barimo barakora ikinyobwa, gishobora kugira akamaro nk’ak’imyitozo ngororamubiri", TTS 11_166,Abahanga mu by’ubuhinzi bemeza ko igihumyo ari ikimera kibarirwa muri uwo muryango mugari , TTS 11_167,Abahanzi rero nababwira iki! nimukore mu nganzo dore Mwiseneza Josiyane arahari, TTS 11_168,"Abahawe inka ni abo mu matsinda yo mu murenge ya Cyeza, Shyogwe na Muhanga.", TTS 11_169,Abahawe urwo rukingo bakingiwe iyo ndwara mu gihe kingana n'umwaka umwe., TTS 11_170,Abahinzi bagomba kwita ku isuku y’ibikoresho bifashisha mu kwita ku ntoki zabo, TTS 11_171,Abahungu bakura babwirwa banabona ko abakobwa ari abantu b’intege nke kandi bakeneye gusigasirwa, TTS 11_172,Abajijwe agaciro k’iyi ndirimbo yavuze ko yamuhenze kuko yayitanzeho asaga miliyoni enye, TTS 11_173,Abajijwe icyo Leta isaba abanyamakuru n’ibitangazamakuru muri rusange yashubije ko ari uKwishakamo ibisubizo, TTS 11_174,Abajijwe ku bivuga ko hari abantu bicwa n'abanyerezwa nta cyaha bakoze yavuze ko bahari, TTS 11_175,"Abajijwe kubirebana n’uyu muhungu yaravuze ati: “Ntabwo ndi buvuge izina rye"".", TTS 11_176,"Abajyanama ni Mvano, Gafora , Mutangana na Twagirayezu .", TTS 11_177,Abakandida bemerewe kwiyamamariza mu Rwanda no mu ifasi ya z’Amabasade z’u Rwanda bamenyesheje ubuyobozi, TTS 11_178,"Abakennye kurusha abandi bagabiwe, batoranijwe n'ubuyobozi bw’inzego z’ibanze, bishimiye inkunga batewe .", TTS 11_179,Abakinannye tenisi na habineza bamugeneye impano y'ibikoresho byifashishwa muri uwo mukino., TTS 11_180,"Abakinnyi bagiye muri Maroke ni Iyumva, Mwemezi, Mushambokazi na Ndacyayisenga .", TTS 11_181,Abakinnyi bahanganye n’umuyaga mwinshi ukonje kandi ngo ni byiza kwimenyereza ikirere kare., TTS 11_182,"Abakinnyi beza kandi bakiri bato, ntibajya guhatanira mu Bushinwa cyangwa ku mugabane w'Aziya.", TTS 11_183,Abakiriya bagezwaho ibyo baguze aho baherereye haba mu rugo cyangwa ku kazi., TTS 11_184,"Abakobwa bo mu karere ka Muhanga , ngo bagiye gushyiraho umugoroba wabo, bazajya baganiriramo iby’ubuzima bw’imyororokere", TTS 11_185,Abakora inkweto muri aka gace no mu Rwanda muri rusange bagaragaza ikibazo cyo kutabona impu ku buryo bworoshye, TTS 11_186,Abakora isuku bashinjwa kwanduza abagenzi ariko bo banze kugira icyo babivugaho., TTS 11_187,Abakorera kuri murandasi bagomba gutanga umuyoboro w’inkuru kugira ngo ishobore gukurikiranwa., TTS 11_188,"Abakozi bashinzwe ubuzima bwazo bwa buri munsi, bakora raporo berekana uko ziriwe.", TTS 11_189,Abakozi bamaze imyaka irindwi I Yeruzalemu bashishikajwe no gusiza ahantu hari haratoranyijwe., TTS 11_190,Abakubura ibishingwe bakabirunda mu miyoboro y’amazi cyangwa bakabishyira ku ngo z’abaturage bihanangirijwe, TTS 11_191,Abakunzi b'umuziki bari bahageze baje kwihera amatwi n’amaso., TTS 11_192,Abakunzi be bamaze kumva inkuru ko igikorwa cyamaze kugerwaho bagaragaje ibyishimo bagitegerezanya amashyushyu menshi, TTS 11_193,Abalevi bari bahetse isanduku y' isezerano rya Yehova batambye ibimasa birindwi by'imishishe, TTS 11_194,"Abamamaye mu Rwanda ni cari na nina, melodi n’abandi.", TTS 11_195,Abamarayika bita ku Mwana w’Imana wari arambaraye hasi nk’ugiye gupfa, TTS 11_196,Abami bo ku isi bose bashakaga kureba salomo kugira ngo bumve ubwenge bw' Imana, TTS 11_197,Abamukunda erega si ikindi bamukundira! ni nka byabindi ngo ikipe yishakira abakunzi., TTS 11_198,Abamunzwe na ruswa baratinyutse bavuga ko ngo nanjye nyirya, TTS 11_199,Abamushyigikiye bemeza ko Uburusiya bwasubiranye agaciro n’icyubahiro bwahoranye , TTS 11_200,Abana barambikaga ibiganza hasi babyubitse bakagenda baririmba babara ibiganza uwo barangirijeho akacyubura bakongera kugisorezaho akakivanamo., TTS 11_201,Abana batangiye kumenya ubwenge hari ibintu bimwe na bimwe baba bakwiye kumenya, TTS 11_202,Abana bo mu mujyi ngo bazi iby'imyororokere kurusha ababyeyi babo, TTS 11_203,Abana b’incuke bahabwa amasomo asanzwe bakagira n’umwanya wo gutozwa Ijambo ry’Imana, TTS 11_204,"Abandi bapfiriye mu mamodoka yabo, mu mihanda no muri za parikingi byo munsi y’ubutaka", TTS 11_205,Abandi barimo n’abanyamakuru basabye ko ibyo Malema yavuze yabihanirwa bikabera n'abandi urugero, TTS 11_206,Abandi bashinjwa icyo gitekerezo ni Abasilikare bakuru bamaze iminsi bafungirwa icyo cyaha , TTS 12_1,Abandi bati “byaba byiza hatagize abongera kwimurwa baterekwa aho bajya gutura mu buryo bukozwe neza, TTS 12_2,Abandi bavugaga ko hakwiye gushakwa ubundi buryo bwo gufasha abo bakinnyi bagakomeza gutera imbere., TTS 12_3,Abantu baricwa hirya no hino kandi iyo urebye imirambo yabo ngo usanga baba babanje gukorerwa iyicarubozo., TTS 12_4,Abantu bitabiriye urugendo rw’impinduka rwari ruyobowe na Maritini, TTS 12_5,Abantu ntibahuriza ku gihe byamara ngo wizere uwo muhuriye ku mbuga nkoranyambaga., TTS 12_6,Abantu bafite bene uru rukundo ntibazigera bakikira ukuri nuko bakire ingaruka zo kutakuvugisha , TTS 12_7,Abantu bagera ku bintu bikomeye kandi ugasanga bishimye ni abimenyereje kubyuka kare., TTS 12_8,Abantu bagera kuri miliyoni eshanu basinye ku rwandiko rusaba izo ntumwa guhindura bagatora madamu kayitesi, TTS 12_9,Abantu bake bafashwe bikekwa ko aribo bamwishe bafunzwe mu buryo bunyuranyije n'amategeko., TTS 12_10,Abantu bambitswe imyambaro isa n’imisusire y’ingagi baje kwiyereka mu kigwi cyazo., TTS 12_11,Abantu bambwira ko buri joro ndota ariko sinshobora kwibuka na rimwe ibyo nabonye mu nzozi zanjye, TTS 12_12,Abantu bamubwiraga ko afite ijwi ryiza kandi yaje no kuba uwa mbere mu majonjora yabaye., TTS 12_13,"Abantu bane barimo Umwongereza barafunzwe, abandi barahanwa mbere yo gusubizwa mu bihugu byabo.", TTS 12_14,"Abantu bari buzuye ku rusengero, babuze aho binjirira, abenshi bisubirira aho bari baturutse.", TTS 12_15,Abantu barishimiye bongeye kubababona hano mu bubiligi bakikijwe n’intore n’ababyinnyi batoza babereye u Rwanda , TTS 12_16,Abantu batandukanye bakomeye ku Isi bandikiye ubutumwa bwo kwihanganisha umuryango w’uyu mugore, TTS 12_17,"Abantu batandukanye bamaganye iyicwa rye, bagaragaye bafite ibyapa byamagana ubwicanyi’.", TTS 12_18,"Abantu batandukanye bibajije impamvu atashinjwe iterabwoba, bamwe bashimangira ko kuba ari umuzungu byamurinze icyasha.", TTS 12_19,Abantu bavuka gutya bitirirwa ibimera n’inyamaswa byakuze muri ubu buryo, TTS 12_20,Abantu benshi bazi ko Nyirinkwaya ari umuganga w’abagore gusa, TTS 12_21,Abantu bo mu bice byinshi by'ubwami bwa Isirayeli babonaga uburebure bw'uwo musozi, TTS 12_22,"Abantu bo muri icyo gihugu bagize urugomo , bakajya bambura bakanagirira nabi abakene n’indushyi,", TTS 12_23,Abantu mutajya inama ku bintu byubaka cyangwa ngo bagire ikindi bongera ku buzima bwawe nta mpamvu yo kubana nabo, TTS 12_24,Abantu mwese muhawe ikaze kandi turabibutsa ko iki gitaramo gikomeza kugeza igihe abakitabiriye baza kunanirirwa., TTS 12_25,"Abanyacyangugu ntibaterwa ipfunwe no kwitwa abashi, nabo ubwabo usanga babyiyita.", TTS 12_26,"Abanyagasani banatora Umunyagasani witanze kurusha abandi, mu rwego rwo kurushaho gushyigikira abitanga.", TTS 12_27,Abanyamakuru bamubajije icyo ateganya gukora ku ibura ry’amazu y’abantu baciriritse cyane cyane mu mijyi, TTS 12_28,Abanyamategeko bo muri Nigeriya biyemeje gutanga umusanzu wabo ngo igihugu gitere imbere, TTS 12_29,"Abanyamideli batandukanye barimo n’abasanzwe bazwi mu Rwanda, bahaswe ibibazo n’itsinda ryaturutse muri Kenya", TTS 12_30,Abanyamideli bo mu mujyi wa Kampala nabo bakereye kwitabira iki gitaramo., TTS 12_31,Abanyamuryango ba koperative ibyiza biri imbere bavuga ko babuze isoko rihagije ry’imbabura bakora., TTS 12_32,Abanyapalesitina bane barishwe mu myigaragambyo yabaye mu minsi ibiri ishize., TTS 12_33,Abanyapolitiki b’u Bufaransa bubaha ibikorwa bye mu gihe yamaze ku Isi., TTS 12_34,Abanyarwanda baba mu Bubiligi bari mu bagiye kwakira Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, TTS 12_35,Abanyarwanda baba mu mahanga tuzabagarura ku gicumbi cy’umuco muri Rwanda Deyi., TTS 12_36,"Abanyarwanda baratera, bambukira ku cyambu cya Nyamwiza; batungukira mu gihugu cya Bugabo.", TTS 12_37,"Abanyarwanda barwana inkundura, batwika urugerero rw’Abanyabungo, ariko isayo ntiyatuma bafata Kanywilili.", TTS 12_38,Abanyarwanda basigaye basambanya inka bakarya imbwa kuva navuka ni ubwa mbere mbyumvise muri uru Rwanda ni amahano, TTS 12_39,Abanyarwanda bazajya bamara igihe gito ku mupaka cyangwa ku kibuga cy’indege igihe binjira mu Rwanda, TTS 12_40,Abanyarwanda bose bumve ko bafite inshingano zo gusindagiza abageze mu za bukuru, TTS 12_41,"Abanyarwanda muri gahunda yo kugira ubuzima buzira umuze, bakangurirwa kurya indyo yuzuye.", TTS 12_42,Abanyeshuri bagaragarijwe ko ikigamijwe atari ibihembo kuko bose ntako batagize, TTS 12_43,"Abanyeshuri biga umuziki ku Nyundo babanje kubasusurutsa mu ndirimbo zitandukanye, zaririmbanwaga ubuhanga n’amajwi atunganye", TTS 12_44,Abanyeshuri bize ku Nyundo ku nshuro ya mbere bakoreye ibitaramo muri kanada., TTS 12_45,Abanyeshuri bo mu gihugu cya Koreya y’epfo bigabije imihanda bakora imyigaragambyo yo kwimakaza Demokarasi., TTS 12_46,Abanyeshuri n’abayobozi b’iyi Kaminuza bazaganira na Perezida Kagame aho u Rwanda rugeze mu kwihaza mu biribwa, TTS 12_47,Abapolisi basanze Bobo aryamye hasi afite umwobo w'amasasu mu gahanga hagati, TTS 12_48,Abapolisi basatse iyo nzu kugira ngo bamenye neza ko izo inkweto zibwe zitarimo., TTS 12_49,Abarangije icyiciro rusange batatsinze bazakomereza mu ishuri ryisumbuye ry’imyuga na ryo riri muri gereza, TTS 12_50,Abaregwa bose uko ari batatu bahurira ku cyaha cyo kugambirira guteza imvururu., TTS 12_51,Abari baturiye inkengero basabwe kwimuka ngo batazahitanwa n'indi myuzure mugihe yaramuka yongeye kubaho., TTS 12_52,"Abari batuye mu murenge wa Muyira, ahahoze ari muri santire ya Gati, na bo barishwe .", TTS 12_53,Abari hafi yayo bavuze ko abagwiriwe n’inkuta barimo abafundi n’abayede bayikoragaho., TTS 12_54,Abari inshuti za Gasakure bavuga ko yari umuganga mwiza akaba inzobere mu kuvura umutima akanigisha, TTS 12_56,"Abari mu isoko basanzwe bazi Gasongo bati “uyu mudozi w’inkweto yagize amahirwe"".", TTS 12_57,Abari mu myigaragambyo baburijemo ibikorwa byinshi byari biteganyijwe n’akanama gashinzwe gutegura amatora, TTS 12_58,Abari muri iyi ndege ngo nta kibazo bagize uretse umupilote wavuwe ibikomere byoroheje., TTS 12_59,Abarimu bo muri Kaminuza batangaga bagenzi babo b’Abatutsi ngo bicwe., TTS 12_60,Abaririmbyi babiri bateranye amacupa n’ibirahure mu kabari bapfa Rihana, TTS 12_61,Abaririmbyi bakunzwe mu gihugu barimo Kabaganza n’abandi bahanzi naho abavugabutumwa bakomeye barimo Pasiteri Senga , TTS 12_62,Abarokotse ntibaheranwe n’agahinda kuko Imana ibazi haracyari ibyiringiro byo kubaho ejo hazaza , TTS 12_63,"Abarwanashyaka ba Besijye babatesha umutwe, bakirirwa babirukankana , bakabakomeretsa ndetse bakanamugazwa.", TTS 12_64,Abarwayi bajye bakoresha izo nzira zose zabashyiriweho mu gihe bahawe serivisi mbi., TTS 12_65,"Abasaza warabafungishije abandi ubaheza ishyanga; usigarana insoresore zikishakisha, zifitiye ubwoba ngo utazazirukana.", TTS 12_66,Abasenateri na Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge bishimiye intambwe imaze guterwa mu bumwe n’ubwiyunge muri rusange, TTS 12_67,Abashakashatsi basanga kwigisha abaganga no gushora imari mu mavuriro ari intwaro yo kugabanya umubare w’abagore bapfa babyara, TTS 12_68,Abashinzwe kurinda iri shyamba ryo muri Sibuya basanze aba bahigi aho bapfiriye, TTS 12_69,Abashinzwe kuvugama abasare n 'aberekeza bo mu nyanja bose bararohamye, TTS 12_70,Abashinzwe umutekano bamaze kumuhagurutsa anashize igihunga yari afite yahise afata indangururamajwi aravuga, TTS 12_71,Abashoramari mu by'ubwubatsi n’abanyabugeni bagaragaje ko banejejwe n’iki gikorwa kandi ko biteguye ku kibyaza umusaruro, TTS 12_72,Abasiganwa basigaje kuzenguruka inshuro ebyiri kandi kugeza ubu bose bari kumwe mu kivunge., TTS 12_73,Abasirikare babwo bashinjwa kwigisha interahamwe uburyo zifashishije mu kubika amakuru ajyanye na lisiti z’Abatutsi bishwe, TTS 12_74,"Abasirikire b’inkotanyi bahise bahatera igisasu cyo mu bwoko bwa ""gerenade"" nticyagira uwo kica ariko gisakambura inzu yo kwa Nduhungirehe.", TTS 12_75,Abasore batatu bakurikiranyweho kubaga imbwa bakazirya bakanazigaburira abaturage , TTS 12_76,Abasore bayise batya bitewe n’uko usanga abakobwa benshi bayitwara baba ari beza., TTS 12_77,"Abatabazi basenye ubwo bwiherero bwari bwuzuyeho amaraso bakoresheje inyundo ,kugira ngo bakuremo iyo nzoka.", TTS 12_78,Abatabona bishyize hamwe barasaba abatanga serivisi z’ibikoresho by’ikoranabuhanga kubibuka, TTS 12_79,Abatavuga rumwe n’ubutegetsi hamwe n’amashyirahamwe adaharanira inyungu za politiki bifatanyije n’abandi muri iyo myigaragambyo, TTS 12_80,Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bamaganye bikomeye iyo referandumu igamije guhindura Itegeko Nshinga., TTS 12_81,"Abategereje kubonana na we, usanga biremyemo udutsiko, bibaza niba ari bubakemurire ibibazo.", TTS 12_82,Abategetsi banyuzwe n 'ibisubizo yabahaye maze bemera ko umurimo ukomeza nta nkomyi, TTS 12_83,Abategetsi bavuga ko ntabimenyetso bigaragaza ko hari ibindi bintu byangiritse kuri urwo rugomero., TTS 12_84,Abateguye imyigaragambyo bakomeje gusaba Abarundi kurwanya manda ya gatatu ya Perezida Nkurunziza., TTS 12_85,Abatinganyi bagerageza guharanira uburenganzira bwabo ariko bakazitirwa hanakoreshwa imbaraga za polisi, TTS 12_86,Abatowe mu Kagari ka Gasharu ni babiri aribo Uwamahoro na Bamporiki , TTS 12_87,Abatoza b’amakipe y’umupira w’amaguru mu cyiciro cyambere hano mu Rwanda bagiye guhagarika imirimo yabo, TTS 12_89,Abatsinze ijonjora rya mbere ryo mu Rwanda bashyirwa ku rubuga rw’iri rushanwa, TTS 12_90,Abaturage bagomba kumva ko bahagarariwe n’abategetsi mu cyubahiro no mu bwisanzure., TTS 12_91,Abaturage barasabwa kugirira ibikoresho byo kumeza isuku no kugira imisirani isukuye kandi ipfundikirwa., TTS 12_92,Abaturage ba Libiya bumviye abanzi b’igihugu bemera gufatanya nabo kurwanya umuyobozi wari warabahaye kubaho neza bigenga, TTS 12_93,Abaturage bamuguye gitumo yuriye ipoto arimo afungura ibyuma bahita bamufata bamushyikiriza ubuyobozi., TTS 12_94,Abaturage bari ahabereye iyi mpanuka bavuze ko iyi modoka yari itwawe n’umushoferi wasinze, TTS 12_95,Abaturage basabwe kumvira abayobozi babo bakabashyigikira mu bikorwa biganisha ku iterambere n’imibereho myiza., TTS 12_96,Abaturage baturiye icyicaro cya Polisi na bo bahize bategekwa kuguma mu nzu no gufunga amadirishya yose, TTS 12_97,Abaturage bavuga ko abafatiwe mu bikorwa byo kubicuruza cyangwa kubinywa bakwiye kujya bahanwa by’intangarugero, TTS 12_98,Abaturage bavuga ko uyu mutwe witwaje intwaro uhatinze kandi abawugize bakaba bavuga ikinyarwanda, TTS 12_99,Abaturage bibumbiye mu makoperative bahawe imbuto y’imyumbati n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi, TTS 12_100,Abaturage bigaragambije guhera ku wa Gatatu w’iki cyumweru binubira ko babeshywe na Leta., TTS 12_101,Abaturage bo basanga ari igisubizo ku buzima bwabo nk’uko bamwe babitangarije Kigali Tudeyi., TTS 12_102,"Abaturage rero bamenye uburenganzira bwabo, n'aho abatanyuzwe bitabaze inzego zo hejuru.", TTS 12_103,Abatutsi bahungiye kuri Kiliziya ya Mukarange no mu nkengero zayo nabo barishwe barashira., TTS 12_104,Abatwumva twemeza ibintu bimeze nk'ibyateguwe n’abatazi gusoma no kwandika babona intege nke zacu aho ziherereye., TTS 12_105,Abavaga mu itorero kandi babaga bahawe ubutumwa butandukanye burimo guhindura imyumvire no kugirira akamaro aho batuye, TTS 12_106,Abavandimwe na bashiki banjye bo mu itorero siko bamfata , TTS 12_107,Abavugabutumwa bakomeye n’abaririmbyi ni bo bafatanyije n’abari aho mu kuramya Imana, TTS 12_108,Abaye undi mu bayobozi b'inzego zo hasi wishwe muri iyi minsi., TTS 12_109,Abayihakana n’abayipfobya bakwiye kwamaganirwa kure kandi ntaho bazahungira ukuri kugaragazwa n’amateka., TTS 12_110,Abayoboke b’ishyaka bamushyigikiye bahise bakorera imyigaragambyo mu mujyi, TTS 12_111,Abayobozi b’ibitaro byo muri Uganda batangiye gutekereza uburyo bazajya bashyingura imirambo iba yatereranywe na beneyo ntibaze kuyitwara, TTS 12_112,"Abayobozi n’abashinzwe umutekano , bakoranye inama n’abaturage yo kubahumuriza , mu gihe hagishakishwa abo bagizi ba nabi", TTS 12_113,Abazayitabira bazungurana ibitekerezo ku ngamba zo kuzana impinduka n’icyakorwa ngo zisigasirwe., TTS 12_114,Abazi iby’uru rugendo batangaje ko rwari ruteguye neza byose biri ku murongo., TTS 12_115,Abazitabira iki gitaramo bazabona alubumu nshya y'iyo korali izaba iriho indirimbo umunani, TTS 12_116, akunze gukura abakinnyi muri Afurika no ku yindi migabane akabajyana mu ikipe ye, TTS 12_117,"Abenshi bagumye imuhira, imigi minini nka Kinshasa yari itekanye kurusha uko byahoze.", TTS 12_118,Abenshi bari bamenyereye kogeshereza imodoka aho bakunze kwita mu ‘binamba’, TTS 12_119,Abenshi bavuga ko itangazamakuru ryagize uruhare muri Jenoside., TTS 12_120,Abenshi mu banywi b’inzoga barwara igifu bakunze guterwa na zo, TTS 12_121,"Abicwa n’inkota bapfa neza kuruta abicwa n’inzara,Kuko bo bapfa urupfu rw’agashinyaguro, Babitewe no kubura umusaruro mu mirima.", TTS 12_122,"Abicwaga icyo gihe bari Abatutsi, kandi umugambi Bagosora yari yaravugiye ahagaragara , wari urimo ushyirwa mu bikorwa.", TTS 12_123,Abigaragambyaga bavuze ko iyo noti izatuma amadolari abura cyangwa agata agaciro., TTS 12_124,"Abisubiramo cyane ashimangira ko nyina ari intwari avuga ati ""Ndagukunda Mama """, TTS 12_125,Abitabira izi nama iteka babona agashya mu tuba duherutse kuzanywa ku isoko ku isi., TTS 12_126,"Abo twubakiye bose bagiye banahabwa ibikoresho byo mu rugo, amatungo magufi n’amaremare", TTS 12_127,"Abo bafashwe ni Nyiransengiyumva , Uwizeyimana , Nyirankiranuye na Mukandahiro ", TTS 12_128,Abo bagabo Bushaku na Ruharamanzi baruzuraga bikabije kandi bakamenya gusetsa., TTS 12_129,Abo baguzi bavuga ko ibyo bicuruzwa bikunze ku boneka nijoro, TTS 12_130,Abo bahanzi n'ukunze kubakorera inyinshi mu ndirimbo zabo bageze I Buruseli, TTS 12_131,Abo bakozi barimo Mpabwanamaguru na Twahirwa bombi bakurikiranyweho icyaha kimwe, TTS 12_132,Abo bakozi bashinzwe kwandika mu bitabo byabugenewe abana bavutse no kwandukura abantu bapfuye., TTS 12_133,Abo bamutura niba bamfashaga tukamuvuza agakira kuko ibyo akora birambabaza, TTS 12_134,"Abo bana bari baragowe, twahoraga dutongana ku buryo nabo bari bazi ko ari ibicibwa”.", TTS 12_135,Abo bantu bafatiwe ahantu hatandukanye ho mu ntara ya Limpopo ihana imbibi n’igihugu cya Botswana, TTS 12_136,Abo bantu bicishaga bugufi kandi barakundaga mu buryo bw' umwuka, TTS 12_137,"Abo banyampinga bahembwe hakurikijwe amatsinda atatu , bagabanyijwemo bakigera muri iryo rushanwa ry’ubwiza.", TTS 12_138,Abo baririmbyi baherutse gusohora videwo yo gusaba imbabazi babicishije ku mbugankoranyambuga, TTS 12_139,Abo basore bari mu maboko ya polisi ikorera mu karere ka Rutsiro, TTS 12_140,Abo bavugabutumwa bazengurutse tubyiniro twinshi two muri Kigali., TTS 12_141,"Abo bayobozi bo muri Isiraheli ntibari biteguye kuvuga nka Yohani ngo, “Akwiriye gukuzwa, naho jye nkwiriye gucishwa bugufi", TTS 12_142,Abo bayobozi ngo bagomba gukorana n'inama Njyanama guhera ku Kagari kugeza ku Karere, TTS 12_143,Abo bose ntibigeze batekereza ko iyi ngoma bakoreye cyane ishobora kubahinduka., TTS 12_144,Abo bose uko ari icumi bafashwe mu bihe bitandukanye bashyikirijwe Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, TTS 12_145,Abo icyenda bakomeje guhigwa bukware biracyekwa ko bidegembya muri bimwe mu bihugu byo muri Afurika y’iburasirazuba, TTS 12_146,Abo ni bamwe mu basanzwe bacururiza izo mbuto mu isoko ry’ibiribwa ry' i Musanze, TTS 12_147,"Abo ni nka Gashongayire, Bizimana, Bahati , Tonzi, Kamanzi n’abandi benshi.", TTS 12_148,Abo twaganiriye bavuga ko badakeneye guhomba nkuko bahombejwe n'ibigo by'imari iciriritse, TTS 12_149,Abo twaguze baraje ngo dukore ihererekanya ry'ubutaka, TTS 12_150,Aborozi b’inkoko mu Rwanda barabibona nk’igisubizo kuko iryabafashaga kubona inkoko rya Rubirizi ritari rigihagije, TTS 12_151,"Abumvise ibyo yakoze, bazanywe no kumwumva no gukizwa indwara zabo", TTS 12_152,Abunganira abaregwa mu by'amategeko bavuze ko yagiye gusaba uburenganzira bwo kwinjira mu kindi gihugu muri Ambasade ya kongo bakabumwima, TTS 12_153,Abunganizi ba Kenyata basabye igihe gihagije cyo gusuzuma ibimenyetso by’ubushinjacyaha., TTS 12_154,"Abwira nyina, ati: ""Ibi byo kugaburirwa nk'umwana kandi mfite umuheto wanjye simbishaka.", TTS 12_155,Abwiriza ubutumwa bwiza yavuze ko igihe cyagenwe gisohoye, TTS 12_156,Ab’inkwakuzi bize amayeri yo kwirwaza igifu n’ibindi bisaba kwitabwaho bidasanzwe, TTS 12_157,"Ab’inkwakuzi bahise bazinga utwangushye, bajya gushaka ahandi bakorera nko mu Nkundamahoro.", TTS 12_158,Adama yibukije leta y’u Burundi ko ifite inshingano zo kubungabunga umutekano w’abantu, TTS 12_159,yavugiye ku rwibutso ko Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ari inshingano zacu nk'abanyarwanda, TTS 12_160,Adutera anyuze mu ntege nke z’imico yacu kuko Aba ashaka kunyeganyeza ukwizera kwacu., TTS 12_161,Afunganywe n’abanditsi b’ikinyamakuru batatu barimo Byarabaha;Tumusime na Kintu., TTS 12_162,Afurika ifite abakinnyi bakina kuri buri mwanya muri shampiyona y’u Bwongereza uretse mu izamu, TTS 12_163,Agaciro ko gucungurwa kwacu ntigasobanutse kugeza igihe tuzahagararana n’Uwaducunguye imbere y’intebe y’Imana, TTS 12_164,Agakomeza avuga ko ubwo yari atashye avuye kubwiriza yasanze wa mugabo yinjiye urugo rwe, TTS 12_165,"Agira ati "" uburozi bwe ntawabuhamya kuko byemezwa na muganga kandi ntawe araroga ngo apfe.", TTS 12_166,"Agira ati ""Ntibyemewe niba umuntu yaraciririye imbwa agomba kuyifungirana ku buryo itarya abantu.", TTS 12_167,"Agira ati ""nyuma yo gukora iyo nyandiko mpimbano basaba amafaranga baje kugira ibyago maze ifatwa batarayakira", TTS 12_168,Agira ati Ni impano nahawe n’umuganga utuye mu mudugudu nyobora., TTS 12_169,Agira ati gusezerana bifitiye akamaro abakobwa n' abasore naho jyewe ndashaje, TTS 12_170,Agira ati “Ababyeyi bagomba kumenya ko kwigisha abana ubuzima bw’imyororokere ari inshingano zabo, TTS 12_171,Agira ati “Aho nshobora kumujyana nibura byansaba gukora ibirometero hafi icumi, TTS 12_172,Agira ati “Bafite inyota yo kumenya iby'ubuzima bw’imyororokere bivuze ko batabiganirizwaho n’ababyeyi babo, TTS 12_173,"Agira ati “Guhera ku wa mbere w’icyumweru gitaha, tuzatangira gukurikirana ko ibibazo twafatiye umwanzuro byakemutse", TTS 12_174,"Agira ati “Ibi bifatwa nk’icyaha cyo kunyereza umutungo, niyo mpamvu bagomba kubihanirwa.", TTS 12_175,Agira ati “Muri jye numvaga nshaka kuvuga k'urukundo hagati y’abantu babiri., TTS 12_176,Agira ati “Nageze hano mfite imyaka itandatu ariko nkambakamba kuko nari naramugaye amaguru yombi., TTS 12_177,Agira ati “Nahuraga kenshi n’abantu bambwira ko kwiga itangazamakuru ari ukwibeshya, TTS 12_178,Agira ati “Ndabona hari itandukaniriro cyane kuko iyi ni inyubako igeretse, TTS 12_179,"Agira ati “Ndaho ntaho ncumbitse, iyo umuntu anyemereye arancumbikira, yakenera kuhagurisha akamvanamo ni uko bimeze", TTS 12_180,Agira ati “Ninjiye mu itorero Metodisite nshyingirwa ariko aho ndigereyemo rwose narigiriyemo ibihe byiza mba n'umwarimukazi, TTS 12_181,Agira ati “Rwiyemezamirimo wese ugiye gukorana n’amakoperative agomba kumenya niba yanditse., TTS 12_182,"Agira ati “Sinajyaga menya ko nshaka kwituma , byaba ibyoroshye cyangwa ibikomeye, byarizanaga igihe bishakiye.", TTS 12_183,Agira ati “Twabahuguye ku buryo izo ndyo zose zigomba kuboneka iwabo mu ngo, TTS 12_184,Agira ati “U Rwanda rufite icyerekezo cyo kuva mu bihugu bikennye, TTS 12_185,Agira ati “Ubu ndabara amafaranga ibihumbi umunani nzakura muri ziriya nkwavu enye zanjye, TTS 12_187,Hari igihe mbyuka numva ntameze neza hanyuma nabonana n'abandi nkamererwa neza, TTS 12_188,Agira ati: “Nakomeje kubona ibimenyetso byerekana ko aka gace karimo ikibazo gikomeye., TTS 12_189,"Agira ati” Gutura mu midugudu byatumye twegerezwa ibikorwa remezo, ndetse binadufasha kwicungira umutekano”.", TTS 12_190,Agira ati” Igihugu cya Suwedi cyemera ko kwigisha abantu amahoro ari uburyo bumwe bwo gutyaza ubwenge, TTS 12_191,"Agira ati” Ndifuza gufashwa kubona inguzanyo nkagura moto, nkazajya nkora nishyura buhoro buhoro”.", TTS 12_192,Agira ibanga nta muntu aba ashaka kubwira ibintu bye., TTS 12_193,Agira ibitekerezo byubaka akanababazwa cyane no kubona hari ikintu atakoze uko bikwiye., TTS 12_194,Agira inama n’abandi yo gutanga imbabazi kandi bakita ku bagifite imbaraga kugira ngo badaheranwa n’agahinda., TTS 12_195,"Agira ngo akangure abigishwa be, yayikoresheje nk’imfashanyigisho agira ati: “Mbese ntimuvuga ngo ""harabura amezi ane mugasarura?""", TTS 12_196,"Agiye gusubiza ibyo bibazo, Perezida Kagame yagize ati: Mfite impungenge kuri iyo ngingo uzanye", TTS 13_1,Agomba rero kugura izo ntwaro azarwanisha umuntu wese uzashyira agatoki hejuru., TTS 13_2,"Aha hafite amateka, muri Nyamure Abatutsi babanje kwirwanaho bahangana n’Interahamwe zashakaga kubica", TTS 13_3,Aha ngo nibwo inyanja y’umukara yahindutse injanja y’umunyu bitewe no kwivanga kw’ayo mazi, TTS 13_4,Aha twakongeraho ko abantu bamwe bagira ibyago by'uko umwijima wabo wangizwa n’inzoga kurusha abandi, TTS 13_5,Aha Rugagi yari yambaye impeta imwe kuri buri kiganza ., TTS 13_6,Aha Diyane Rwigara yerekanye inyandiko igaragaza ko yarekuye ubwenegihugu bw’u Bubiligi yari asanganywe, TTS 13_7,Aha Faranswaze yagize ati « ba nyir’amazu batamenyesheje iki cyemezo abayacururizamo barahemutse cyane, TTS 13_8,Aha Mukurarinda yagaragaje ko kuvuga amazina y’aba bapolisi ari ukubangamira no kwica iperereza, TTS 13_9,Aha abakinnyi ba Gasogi bishimiraga igitego cyari gitsinzwe na Ndacyayisenga, TTS 13_10,Aha abana bari bateze amatwi ubutumwa bahabwaga na nyampinga Mutesi , TTS 13_11,Aha bagaragarizwaga ibitabo by’imishinga ishyirwa mu bikorwa n’abafungiye muri gereza ya Nyanza., TTS 13_12,Aha batahaga ku mugaragaro Ibiro bya Gasutamo byo ku Rusumo bihuriweho n’ibihugu byombi., TTS 13_13,"Aha bisa n’aka wa mugani ngo “Ushaka gusimbuka neza arabanza agasubira inyuma"".", TTS 13_14,Aha hantu haramfasha kubera ko ariho honyine nshobora kugura ibiryo kuri make., TTS 13_15,Aha haragaragara bamwe mu bigaragambya bicajwe n’abamanitse amaboko batakambira abasirikare., TTS 13_16,Aha havugwa imyumvire y’ababikora n’imihindagurikire y’ikirere ku buhinzi itera amakenga y’igihombo, TTS 13_17,Aha kandi hanavugwamo ibibazo birimo ruswa n'ikimenyane bituma hari abaguririra inkiko bagatsinda imanza., TTS 13_18,Aha ni igihe Adiriyani yaririmbanaga na Liliyane Kabaganza mu Rwanda., TTS 13_19,Aha ni mu muhanda uva mu masangano y'umuhanda wo ku Kacyiru umanuka ujya mu mujyi unyuze ku Kimicanga, TTS 13_21,Aha niho urugamba rwabohoye igihugu cyacu rwatangiriye bucyeye twumva ngo abahungu b’Inkotanyi bafashe Ruhengeri, TTS 13_22,Aha uba ubivanze cyane! Ni aha bipfira ntahandi ariko ndibwira ko bizagenda bikosoka., TTS 13_23,"Aha urukiko rwanzuye ko ibimenyetso byose byemewe mu rukiko, byaba ibishinja cyangwa ibishinjura.", TTS 13_24,Ahabu yubatse ibicaniro byinshi by'abapagani ku tununga twinshi, TTS 13_25,Ahamya ko azagaruka afite ingamba nshya zo gutsinda ibitego kurusha guha imipira bagenzi be., TTS 13_26,Ahamya ko umurwayi w’impyiko yakira ari uko abonye impyiko yindi., TTS 13_28,"Ahandi nko muri Kenya , usanga habaho n’amahugurwa y’abayobozi bakuru , ngo bumve ko bagomba guha agaciro abamenyekanishabikorwa", TTS 13_31,Ahashyinguye umurambo we hararinzwe bikomeye ku buryo byateye abantu urujijo., TTS 13_32,Ahenshi mu bice byo mu cyaro uhasanga abana basa nabi , TTS 13_33,"Aherutse gutangaza ko yambitswe impeta y’urukundo n’umwe mu bashinze ""Sinapucati"" ", TTS 13_34,Ahita ahindukira ankubita inkoni mu mutwe maze nkomereka ahantu nsanganywe inkozu ikomeye, TTS 13_35,"Ahamed yaravuze ati “ari umuto n'umukuru, twese yaduteye isoni.""", TTS 13_36,Aho bashinja uyu munyamakuru gukora ibikorwa bibi byo kugenzura ibikorerwa muri Palestine, TTS 13_37,Aho bavoma naho ni kure kubera ko bakora urugendo rw’ibirometero bibiri n’igice, TTS 13_38,Aho muri Afurika y’Epfo kandi ni na ho Koloneli Karegeya yahotorewe., TTS 13_39,Aho ngenda inkoni yanjye na yo imfasha kumenya ibiri mu nzira nyuramo, TTS 13_40,Aho ngo ni na ho hazamenyekanira ibyifuzo byabo n’izindi ntege nke bafite, TTS 13_41,Aho ni ho abarobyi bahera bavuga ko abayobozi babo babigenderaho kugira ngo babapyinagaze., TTS 13_42,Aho ni nko gusiba mu itegekonshinga umubare wa manda umukuru w'igihugu ashobora kukiyobora., TTS 13_43,"Aho niho uzasanga yaracecetse cyane ,adashaka ko muhura, kandi ntacyo mwapfuye bikakuyobera.", TTS 13_44,"Aho nsubiriye mu rugo, sinabashaga no kujya ku kazi kuko nahoraga ntekereza ukuntu niyiciye umwana.", TTS 13_45,Aho uruganda rwa Bralirwa rukorera ibinyobwa bisembuye ni ku nkengero z’iki kiyaga., TTS 13_46,Aho yanyuze yigisha no muri bagenzi be babyirukanye azwiho ko inkwakuzi’, TTS 13_47,Ahobantegeye avuga ko we n’umuryango we batunzwe n’amafaranga akura mu gutashya inkwi., TTS 13_48,Ahubwo ndatangaye kuko ikiganiro nagiranye na Perezida Nkurunziza ndumva ari amahoro gusa., TTS 13_49,Ahubwo umutoza ni we wagize icyo atangaza kuri ayo makuru adafitiwe gihamya., TTS 13_50,Aka Kagali niko katarabona umuriro w’amashanyarazi mu tugali turindwi tugize umurenge wa Shangi., TTS 13_51,Aka gakoresho gakozwa ku mubiri w’upimwa kanseri kakahashyira agatonyanga gato k’amazi., TTS 13_52,Aka karere kabashyize mu cyiciro cya mbere cy’ubudehe kanabahaye ingurube, TTS 13_53,Aka kuma gafite ubushobozi bwo kugaragaza indwara ya kanseri mu gihe umurwayi arimo abagwa., TTS 13_54,Aka kuma kameze nk’agapesu kari mu twabaye inshoberamahanga ku bantu batandukanye ku isi, TTS 13_55,Akaba ari aho mpera ngira nti: Ugirwa mubi ntuvuka uri mubi., TTS 13_56,Akaba yaragize ati ”Ibi byaha bicecekwa ntibishyikirizwe ubutabera ni byo biviramo bamwe kwiyahura, TTS 13_57,Akamanzi yavuze ko uwo mwanya Afurika y’Epfo iwukwiye kuko imaze igihe kinini ibikora, TTS 13_58,"Akandi kabwana kati “have wowe wakongeje nabi, reka nkwereke!” Na ko karafatisha biranga!", TTS 13_59,Akangutse yasanze uruhinja yari ahetse rwapfiriye iruhande rwe., TTS 13_60,Akarere niko kamwishingira mu bijyanye no kwishyurwa nta mpamvu yo gusigara inyuma., TTS 13_61,Akavuga ko bombi ari intwari kuko kuba baratanze umusanzu wabo muri politiki atari icyaha.”, TTS 13_62,Akazi tugira nk’abayobozi gatuma tugira intege nke mu mibanire n’abandi , TTS 13_63,Akazuba na mukuru we bigeze kuba ba nyampinga ba Kaminuza y’u Rwanda , TTS 13_64,Akenshi nta n’icyo mbona kinkwira kuko ndi munini birenze urugero., TTS 13_65,Akenshi ibi bihumyo bikora uburozi kuko biba byifitemo bumwe muri ubwo butare, TTS 13_66,"Akenshi iyo yasamye mbere y’imyaka ibiri , ujya kumubyaza ugasanga nyababyeyi yarafungutse, bikaba ngombwa ko yongera kubagwa", TTS 13_67,"Akica umugabo, agasenyera umupfakazi n’imfumbyi, akababoha, akabasahura, nyuma y'ibyo byose akumva ashaka ubudahangarwa!", TTS 13_68,Akigera mu Rwanda yabanje kujya gusura ikigo kirererwamo abana bafite ubumuga bwo kutabona, TTS 13_69,"Akigisha muri kaminuza, yamushimiye ko adatezuka ku mahame ngenderwaho y'ishyaka.", TTS 13_70,Akimara kuba Umuyisilamu Rutanga yavuze ko yifuza kwitwa izina risobanura umuntu ugwa neza, TTS 13_71,"Akimara kuzuka yagiye mu ijuru, yicara iburyo bwa Yehova ategereje guhabwa Ubwami", TTS 13_72,"Akiri ingimbi yagiye ku rugamba ari umusirikare wo hasi nta peti afite , agaruka ari kapiteni", TTS 13_73,"Akiva mu buraya yatangiye gucuruza ibisheke, nyuma yihuza na bagenzi be batangira ikimina.", TTS 13_74,"Ako kanya mbona ikindi gitero kigeze ku bitaro baririmba, birukankana n’imbwa bitwaje n'imihoro", TTS 13_75,Ako kuma gakoreshwa mu gusiramura kadaciye umuntu igisebe, TTS 13_76,Akomeza agira ati “Abaganga bambwiye ko iki ikibazo cyo mu mazuru kidakira, TTS 13_77,Akomeza agira ati “Ba basirikare babiri bahise baza bankankamira mu rurimi rw'igiswahili, TTS 13_78,Akomeza agira ati “Icyo nshyize imbere ni ukwerekana isura y’u Rwanda., TTS 13_79,Akomeza agira ati “Mu muco wa Kinyarwanda umubyeyi arengera abana kandi ashobora no kubapfira, TTS 13_80,"Akomeza agira ati “Naricaye ndeba uko babyina, nsaba Fanta, icyo gihe nanyoye oranje", TTS 13_81,Akomeza ashima ko Banki y’Isi ari umufatanyabikorwa ukomeye wa Leta y’u Rwanda, TTS 13_82,Akomeza atangaza ko ikoranabuhanga rifite uruhare rukomeye mu iterambere ry’igihugu n’imibereho myiza y’abaturage, TTS 13_83,Akomeza agira ati “ Ababyeyi baramfasha kandi mbona bigenda neza n'amafaranga araboneka, TTS 13_85,Akomeza avuga ko Abavoka bigenga bunganira umuntu ari uko abishyuye, TTS 13_86,"Akomeza avuga ko ari ubwa mbere bamutoye, bakaba bazajya bamutora rimwe mu gihembwe.", TTS 13_87,Akomeza avuga ko ariko aramutse ashatse kujya koga bitamubuza kwambara utwo twenda twabigenewe., TTS 13_88,Akomeza avuga ko hari uburyo butandukanye abantu bakoresha birinda iyi mpumuro., TTS 13_89,Akomeza avuga ko impamvu atagiyeyo byatewe n’akazi., TTS 13_90,Akomeza avuga ko iyo ukekwaho gukora icyaha yikomerekeje aba ashaka uburyo ahunga icyaha ., TTS 13_91,Akomeza avuga ko mu Karere haba impanuka zihitana abantu zitewe n'ubumenyi buke., TTS 13_92,Akomeza avuga ko mu Rwanda hari abatarya inyama benshi ariko ngo ntawamenya umubare wabo., TTS 13_94,Akomeza avuga ko narangiza kwiga azakomeza umuziki nk’ibisanzwe cyane ko azajya afashwa n’umugabo we, TTS 13_95,Akomeza avuga ko umwenda ukomoka ku ifumbire na wo ukwiye kwishyuzwa abo bayobozi ba koperative, TTS 13_97,Akomeza yizeza abatuye umurenge wa Remera ko hagiye gukorwa ubuvugizi bakabona amazi meza., TTS 13_98,"Akora ibintu kuko abikunze niyo atabikuramo indi nyungu, azi gukunda kandi ashimishwa no gukina.", TTS 13_99,Akora ifu y’isambaza zo mu kiyaga cya Kivu akayigurisha mu gihugu hose, TTS 13_100,"Akunda kubana n’abafite icyo bamwungura, inshuti zitagira icyo zimugezaho ntajya aziha umwanya.", TTS 13_101,Akunda kurya ibintu biryohera niyo mpamvu bafite ubwoba bw'uko yaba arwaye diabette, TTS 13_102,Akunda kwigaragaza ariko akabikora ajijisha kugira ngo abantu batamufata nk’uwishyira imbere bakabimwangire, TTS 13_103,Akwiye kwitabaza abandi bantu bo mu muryango n’inshuti z’inkoramutima bakamufasha kugira inama uyu mwana, TTS 13_104,yarahiye ko atazigera amukora mu ntoki, TTS 13_105,Ali Kiba ntiyigeze ashaka kugaragara mu itangazamakuru, TTS 13_106,Aliyasi wasimbuye Mohamedi nawe yishwe ari muri kajugujugu, TTS 13_107,Alisiya ni umuririmbyikazi wo muri Leta Zunze ubumwe za Amerika., TTS 13_108,Ala yaravuze ati ni jye wabaremye muri abanyantegenke (muri impinja)., TTS 13_109,Aliyoni ati “ Ibyo bintu mbabwije ukuri ko nta kintu nakimwe nshobora kubitangazaho., TTS 13_110,Alubumu ya mbere ya Brown yise yerekanywe mu Gushyingo ., TTS 13_111,Alubumu ya mbere ya Senderi yise ‘Nsomyaho’ yayimurikiye mu Karere ka Ngoma maze agaburira abakunzi be imineke , TTS 13_112,Alubumu ye ya kabiri izasohoka mu mpera z’uyu mwaka, TTS 13_113,Alubumu yitwa “Hejuru mu kirere” yakozwe nyuma y’urugendo bakoze bari mu ndege, TTS 13_114,Amabwiriza rusange ya banki nkuru y u Rwanda agenga abatanga iyo serivisi bose., TTS 13_115,Amadini n’amatorero mu Rwanda agira akamaro mu gihe ubutumwa bwayo bwatanzwe neza bukanakurikizwa n’ababwumva, TTS 13_116,Amadubu yumukara n'umweru atuye mumisozi yo mubushinwa na Tibeti yitwa panda, TTS 13_117,Amaduka ya eyatele agaragaramo ibicuruzwa bitandukanye birimo amatelefone y’ubwoko butandukanye burimo na Apo, TTS 13_118,"Amafoto yabo menshi yakuwe ku nkuta nkoranyambaga zabo by’umwihariko kuri ""Fasibuki"".", TTS 13_119,Amafoto yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umugabo wambyaye ipantaro y'ikoboyi n’agakoti k’ikigina, TTS 13_120,Amafoto ye yambaye imyenda yera yatumye hari abagirango yashyingiwe mu ibanga., TTS 13_121,Amafoto y’aya makarita yamaze gukorwa ariko ntibyari byemezwa ko ashyirwa mu itangazamakuru., TTS 13_122,Amafoto y’ubwambure ku mbuga nkoranyambaga amenyerewe ku bagore b’ibyamamare , TTS 13_123,Amafumbire mvaruganda agira ingaruka zirimo no gutera indwara nka kanseri no kwangiza ibidukikije”., TTS 13_124,Amagambo Yezu yabwiye Natanayeli agaragaza itegeko ry’Imana rigenga abana bizera. , TTS 13_125,Amagambo ye yabahinduriye imyumvire kuko batangazwaga n’ibibazo n’ibisubizo bye. , TTS 13_126,Amagana y’abaturage mu gihugu cya Aligeriya bishwe n’ingabo z’abafaransa mu bwicanyi bwahabereye, TTS 13_127,Amagufa ye aroroshye cyane akavunika byoroheje cyangwa se akigonda bigatuma agenda yitega nk'uko ikinyamakuru Medicalnewstoday kibitangaza., TTS 13_128,Amahitamo n’ibitekerezo bya Faransisi biba byihariye kandi abantu barabimukundira , TTS 13_129,"Amahoteli, n’ utubari two muri uwo mugi tubamo inzoga kandi abawusura bemerewe kuzinywa.", TTS 13_130,Amajwi y’amatora yatangiye kubarwa kandi hari hategerejwe ko n’utwo duce tune dutora kuri uyu wa Gatandatu., TTS 13_131,Amajyaruguru y’iyo ntara ayoborwa n’akarere ka Puntilandi mu gihe amajyepfo ayobowe n’akarere ka Galimudage, TTS 13_132,Amakara yifashishwa n’ingo zitari nke mu Rwanda mu guteka., TTS 13_133,Amakimbirane yavutse atyo nta kwibaza niba hazatsinda ingabo cyangwa abatabazi n'Abacengezi, TTS 13_134,Amakimbirane yo mu miryango ni ikibazo ubuyobozi bw’Akarere ka Burera bwemeza ko kibuhangayikishije, TTS 13_135,Amakipe yose yakinnye muri iki gikombe kuva mu manjojora kugeza ku mikino ya nyuma azabona amafaranga , TTS 13_136,Amakoraniro nk' ayo aracyaba mu duce tumwe na tumwe two mu giturage, TTS 13_137,Amakuru agera ku kinyamakuru Umuryango avuga ko umurambo we wajyanywe ku bitaro muri iki gitondo gusuzumwa, TTS 13_140,Amakuru ahari avuga ko byishwe n'uko amasezerano bagiranye n'abateguye iki gitaramo atigeze yubahirizwa, TTS 13_141,Amakuru aturuka mu murenge wa Burega avuga ko abibye kuri iyo Sako bishe uwayirindaga bakanamukuramo amaso, TTS 13_142,Amakuru avuga ko bashakanye bakabyarana abana batatu., TTS 13_143,"Amakuru avugwa binyamakuru bitandukanye, ahamya y'uko mbere yo gutwikwa, urugo rw’umukuru w’igihugu rwabanje gusahurwa", TTS 13_144,Amakuru dukesha icyo kinyamakuru avuga ko uyu mugore yahawe uyu mwanya kubera ko ari nyina wa iyivi, TTS 13_145,Amakuru y’itoroka rye akimenyekana bahise batangira kumuhiga ndetse n’ingendo z’indege kuri icyo kibuga zirahagarikwa, TTS 13_146,Amakuru y’urupfu rwa Mugabo yamenywe bwa mbere na Nyirasenge witwa Mukaminega Dansila., TTS 13_147,Amama Mbabazi yagaragaye inshuro nyinshi mu binyamakuru atabwa muri yombi kandi akurikiranyweho ibyaha bikomeye, TTS 13_148,Amarira yamushokaga ku matama agira ati “Kuva namenya ko ntwite naheze mu nzu., TTS 13_149,Amarira y’umunyabyaha wihannye ni nk'ibitonyanga by’imvura ibanziriza imirasire y’izuba ry’ubutungane., TTS 13_150,Amasengesho ya Papa Faransisi yibanze ku gusabira isi kuva mu icuraburindi binyujijwe mu guharanira amahoro n’urukundo, TTS 13_151,Amashuri y 'imyuga aracyari make kandi bigaragara ko akenewe na benshi, TTS 13_152,Amashusho y’iyi ndirimbo nshya yafashwe anatunganywa na kayihura., TTS 13_153,"Amashyirahamwe aharanira uburenganzira bwa muntu muri Uganda , yari yateguye gukorera imyigaragambyo aho icyo kinyamakuru gikorera", TTS 13_154,Amashyirahamwe aharanira uburenganzira bwa muntu yavuze ko Polisi yakoresheje ingufu z’umurengera mu guhagarika iyo myigaragambyo., TTS 13_155,"Amasomo yarakomeje , dushyiramo imbaraga nyinshi kuko twagombaga gukora ikizamini cya Leta", TTS 13_156,Amatara maremare y’ibara ryera cyangwa ry’umuhondo agomba kwatswa nijoro igihe hariho igihu, TTS 13_157,Amategeko mpuzamahanga yemera ko hari ibitekerezo bishobora kuburizwamo mu gihe bifite ingaruka ku baturage, TTS 13_159,Amategeko nshinjabyaha y 'u Rwanda ntavuga igihe ntarengwa uwo mwanzuro ugomba kuba wafashwe, TTS 13_160,"Amategeko ya Suwede avuga ko mu gihe umunyabyaha ari umukene , adashobora kwishyura impozamarira azisonerwa", TTS 13_161,Amategeko yanjye yose muyakurikize kugira ngo mutazirukanwa mu gihugu mbatujemo, TTS 13_162,Amatora yatumye abadashaka manda ya gatatu ya Perezida Nkurunziza bigaragambya abandi barahunga., TTS 13_163,Amavubi yabonye uburyo bukomeye ku mupira Sugira yateresheje umutwe ugakubita ku mutambiko w’izamu, TTS 13_164,Amavubi yari arimo agerageza kwishyura ngo nibura atahane inota rimwe ntibyayakundira, TTS 13_165,"Amayaga Ni igice cy'epfo cya Kamonyi , Muhanga , Ruhango, Nyanza na Gisagara, ni igice cyose gikora ku ruzi rw'AKanyaru", TTS 13_166,Amaze gukanga Alegisi yahise ajya mu izamu nk'ugiye gukora akazi., TTS 13_167,"Amaze kubyuka, mbere gato yuko Alegisi ahagera, yakinaga n'igipupe mugihe karumene yateguraga ifunguro rya nimugoroba.", TTS 13_168,Amaze kumbaza gutyo ambwira ko ngenda nkabegera aho gukomeza kwicwa n’umuyaga., TTS 13_169,"Amaze kuvuga ibi, yahawe amashyi n’abari muri iki gitaramo nk’uko iki kinyamakuru cyabyanditse.", TTS 13_170,"Amazi y’ubugingo, ni yo mibereho y’umwuka Kristu aha buri wese ufite inyota, maze akadudubiza mu mutima we.", TTS 13_171,"Amazuru y'izi mbwa ahumurirwa kubi, asanzwe afasha mu gutahura abarwaye indwara nka kanseri.", TTS 13_172,Ambara neza ingofero yawe ku buryo ka kantu gatendera kaba kari inyuma neza, TTS 13_173,Ambasaderi Ngarambe yahagarariye u Rwanda mu Busuwisi no mu Bushinwa , TTS 13_174,Ambasaderi yatangaje ko yishimiye intambwe akarere kateye anemerera impunzi kuzazifasha mu mibereho yazo no kuzazivugira, TTS 13_175,Ambasaderi yavuze ko yitabiriye iyo myigaragambyo mu rwego rwo kugaragaza ibirimo bibera muri icyo gihugu, TTS 13_176,Ambasaderi yemeje ko uruzinduko rwa Kagame mu Bushinwa rwazanye impinduka mu mibanire y’ibihugu byombi, TTS 13_177,Ambasaderi Habineza yashimye abagize uruhare mu itegurwa ry’uyu muhango barimo umuyobozi w’umujyi wa kigali., TTS 13_178,Ambasaderi Kimonyo uhagarariye u Rwanda muri Kenya yashimiye ubuyobozi bw’Umujyi wa Nayirobi, TTS 13_179,Ambasaderi Mukantabana ati “uko babyitwayemo bitandukanye n'uko indi guverinoma iyo ariyo yose iri mu kibazo nk’icyo yabigenza, TTS 13_180,"Ambasaderi w’u Rwanda muri Senegali, Harebamungu, yaburiye abakoze Jenoside n’abayipfobya bakihishe hirya no hino.", TTS 13_181,Ameze neza kuva aho abantu benshi bamumenyeye kandi bakarushaho kumwitaho ., TTS 13_182,"Amina Sifa ni umucuruzi ukomeye, ujya kwirangurira ibicuruzwa mu mahanga bigacururizwa mu Rwanda.", TTS 13_183,Amwe mu mafoto yagaragaye n’ayo mu gihe cyo gusoza amahugurwa., TTS 13_184,Anavuga kandi ko akanama nkemurampaka kari kazi neza ko uyu mukobwa ari we ugomba gutsinda, TTS 13_185,Anavuga ko ibyo biganiro byateguwe hagamijwe gutsura umubano hagati ya Mali n’ibindi bihugu., TTS 13_186,Angaragariza ko anshyigikiye mu muziki wanjye kuko akenshi ajya anancurangira mu bitaramo bitandukanye nkora”., TTS 13_187,ibyo byikuremo kuko ubigendeyeho ntiwazigera wubaka urugo, TTS 13_188,Ankunda yavuze ko radiyo zafunzwe zizongera gukora igihe zizubahiriza amabwiriza yose agenga itangazamakuru ry’amajwi n’amashusho, TTS 13_189,Anonsiyata Nyiramisago ati “Aho batwakiriraga mbere hari hato kandi nta n'ahantu ho gukorera inama hahari, TTS 13_190,Arabasaba guha abana babo indyo yuzuye irimo imboga n’ibindi birimo intungamubiri, TTS 13_191,"Arabasubiza ati, “Ufite imyenda ibiri umwe nawuhe utawufite, n'ufite ibyo kurya nawe nagire atyo ", TTS 13_192,"Arabiya Sawudite ivuga ko Kashogi yishwe biturutse ku ""gikorwa kibi kitari giteganyijwe"".", TTS 13_193,"Arabifashwamo n’itsinda ry’abaganga b’abakorerabushake, baza mu Rwanda buri mwaka kuvura abarwayi b’umutima", TTS 13_194,"Aracyari muto cyane, ugereranyije na bakuru be barwanira intebe yo mu Rugwiro.", TTS 13_195,"Agira ati “Ndavugira Data umbyara, Ngenzi n’abandi barenganye nkawe.", TTS 13_197,Agira ati “Yari arimo asenya ku ruhande rumwe kugira ngo ahasane kuko nubundi hari hatangiye gusenyuka, TTS 13_198,Arakomeza ati Ni kwa kundi tuba tuvuga ko tutiteguye mbere, TTS 13_199,"Arakora nanjye ngakora, amafaranga nkorera ndayahahisha, ariko aye simenya icyo ayakoresha.", TTS 13_200,Arambwira ngo Yezu Kristu yabatirijwe mu ruzi rwitwa Yorodani kandi yari amazi menshi., TTS 13_201,"Aransubiza ati: ""Ndatekereza ukuntu Mama Kamere akora cyane mu gihe cy'impeshyi.""", TTS 13_202,Ararinzwe kugira ngo nakira azakurikiranwe n’ubutabera kubera cyaha ashinjwa cyo kwica., TTS 13_203,Arasaba ko n’abandi baterankunga baza gufasha abashegeshwe na kiriya kiza kuko abakeneye ubufasha bakiri benshi, TTS 13_204,Arashaka ko ari wowe ujya kumuhitiramo imyenda myiza agura , TTS 13_205,Arashinjwa gushishikariza abasirikare basanzwe kurwanya ubuyobozi bw’umutwe w’ingabo udasanzwe (Special Force command), TTS 13_206,Arashinjwa kutubahiriza itegeko rikumira ubugizi bwa nabi bwo ku mbuga nkoranyambaga., TTS 13_209,"Areruya yozefu yegukanye igihembo, anandika amateka ku rwego mpuzamahanga.", TTS 13_210,Areruya yozefu yegukanye iri sigamwa nyuma yo kwegukana uduce tubiri mu duce umunani twakinwe., TTS 13_211,Ari mu bacamanza batatu bateganyijwe kuzaca urwo rubanza mu mpera z'iki cyumweru., TTS 13_212,Aribaza niba n'ubu ubushinjacyaha bwivuguruza bukavuga ko butazi aho aherereye., TTS 13_213,"Ariko Rwasa siko abibona, aravuga ati: ""Twebwe ku bwacu twakurikije uko amategeko abiteganya.", TTS 13_214,"Ariko nka Perezida w’agateganyo yakoraga icyo yumva gifite akamaro, nta muntu wari umukuriye yagombaga kubanza kubimenyesha", TTS 13_215,Ariko reka Abanyarwanda tumenye ko ibi atari byo byaha byo kwirinda byonyine, TTS 13_216,"Ariko , imvugo yarahindutse, icyiswe kibi kuri umwe kiba akataraboneka ku wundi.”", TTS 13_217,"Ariko Ubushinwa bwahaye Amerika igisubizo gikomeye, ntekereza ko igihugu cyanjye gishobora kubyifatamo neza.", TTS 13_218,"Ariko aho nakuze nsengera Bibiliya ni iy’umwigisha gusa, umukirisitu ntayisomera atega amatwi.", TTS 13_219,Ariko bavuga ko kuva ku wa mbere nimugoroba iyo radio itongeye kwumvikana neza., TTS 13_220,Ariko biragaragara ko muri iyi minsi aho kubagabanuka biyongera., TTS 13_221,Ariko cya gikombe cyanjye cya feza ugishyire mu mufuka, TTS 13_222,Ariko ibihugu byo mu majyepfo n’amajyaruguru ya Afurika byagiye bigenda biguru ntege., TTS 13_223,Ariko icyo cyorezo cyamaze igihe kitarenga amezi atatu, TTS 13_224,Ariko jyeweho ndababwira y'uko umuntu wese usenda umugore we atamuhora gusambana aba amuteye gusambana, TTS 13_225,Ariko kandi ndanenga itsinda mbamo nubwo mbere nari nabashimiye ko bakoze ibyo bashoboye byose ngo rizamuke., TTS 13_226,"Ariko marayika yagombaga kubategurira kubasha kumenya Umukiza wabo, waranzwe n’ubukene no kwicisha bugufi", TTS 13_228,"Ariko na none, umugaragu mwiza ni uwahagararaga kuri Shebuja kugeza igihe nawe abuze amagara ye.", TTS 13_229,Ariko ngo gutera abarwayi ba kanseri ubu bumara bishobora kubagiraho izindi ngaruka mbi, TTS 13_230,"Ariko ni igitekerezo icyiza, birerekana aho abantu bageze bashakisha ibisubizo bishingiye ku ikoranabuhanga.", TTS 13_231,Ariko ni na bwo inkotanyi muri Uganda zari zirimo zisuganya ngo zitere u Rwanda., TTS 13_232,Ariko nihakenerwa ko n'imashini zitangwa tuzazibaha ariko icyo kintu gikemuke burundu, TTS 13_233,Ariko se ko impunzi zikomeje kwitwara nabi zirabiterwa niki? abazishinzwe bazegere bumve ibibazo zifite., TTS 13_234,Ariko se ko nduzi igikomye cyose ari ugufungwa gereza ntizizababana nto ?, TTS 13_235,"Ariko twe nk’abakinnyi iyo twicaye tuganira, tuba tuzi agaciro k’uyu mukino.", TTS 13_236,"Ariko ubwo buryo bwombi ni ubw'igihe gito, Ikintu kirambye ni ugushishikara.", TTS 13_237,"Ariko umushinjacyaha yarabihakanye, avuga ko ubwo butumwa ari bwo bwateje imyigaragambyo.", TTS 13_240,Aririmba yagize ati Imana yatuzaniye umugambi mushya nshuti ! ’Kuko ubu untwitiye umwana., TTS 13_241,Aririmba yanyuzagamo agasaba abakunzi be bakunda iyo njyana gushyira amaboko hejuru bakamushyigikira., TTS 13_242,"Arongera ati “Hari indi mishinga dufitanye , byose tuzagenda tubibagezaho uko iminsi ihita", TTS 14_1,Arisenali yahise ijya ku mwanya wa gatatu ku rutonde rwa shampiyona., TTS 14_2,"Asanga Imana iri mu gutongera umwana, imubwira iti: ""Mwana wanjye uravutse, ariko uzicwa n'ihembe ry' inzovu""", TTS 14_3,Asanga itangazamakuru ryo mu Rwanda ridahabwa ubushobozi ku bijyanye n’igihembo kigenerwa abarikora., TTS 14_4,Ashinjwa ibikorwa by’icengezamatwara bigandisha rubanda mu gace avukamo., TTS 14_5,"Ashinjwa ibyaha by'iy'icarubozo, ubwicanyi, ubucakara, gushyira abana mu gisirikare no kurya abantu.", TTS 14_6,Ashinjwa kwitabira no kugira uruhare mu gutegura Jenoside no kurimbura Abatutsi bo muri Butare, TTS 14_7,"Ashinjwa uko gutanya abashakanye, gutera inda abangavu, gukubita no gukomeretsa n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge", TTS 14_9,"Ashobora kuguhamagara saa munani z’ijoro, ashaka ko muganira cyangwa akubaza ibibazo byerekeye imibereho y’igihugu", TTS 14_10,Ashobora no gutekereza ko ubwo uri umukobwa utazi kwifatira icyemezo kuko witwaza abandi., TTS 14_11,Asimbuye kuri uyu mwanya Habyarimana wagizwe Ambasaderi w’ u Rwanda muri kongo Burazavile, TTS 14_12,Asobanura ko Ikinyarwanda kidakomeye ahubwo biterwa n’ubunebwe bwo gushaka amagambo yabugenewe ngo bayakoreshe., TTS 14_13,"Asohoye indirimbo yise Imfubyi yakoranye na Beni, nibwo yongereye umubare w’abakunzi .", TTS 14_14,"Atariye iminwa Bella Hadid yaramusubije ati ""Ndifuza ko utumenya """, TTS 14_15,"Ati biragoye guhangana n'umunaniro wo mu mutwe, ariko nkunda kubitekerezaho nk'intangiriro nshya", TTS 14_16,"Ati niko tubaho, iyo ubonye amahirwe yo kugerageza ahandi hisumbuyeho urayakoresha.", TTS 14_17,Ati sindagera ku rwego rwo kwibana ariko ndamutse mfashe inzu nakwibeshaho neza kubera ubuhanzi bwanjye, TTS 14_18,"Ati "" Sinkunda gushyira imbere umushahara, akenshi nshyira imbere guharanira ubuzima bwiza bw’abakinnyi.", TTS 14_19,"Ati ""Aho bigaragariye ko hakozwe amakosa yarakosowe, uwatakambye ko yarenganijwe ahabwa andi mahirwe , ubu aritegura gutangira akazi", TTS 14_20,"Ati ""Ako kanya numvise Kabebe ampamagaye, arambaza n'umujinya mwinshi ngo ndi hehe""", TTS 14_21,"Ati ""Ibi byose byavuye muri ya misanzu y’umutekano abaturage bishyura buri kwezi.", TTS 14_22,"Ati ""Mujya mubona inzu zigwa, zigahitana abantu, biterwa ni uko ziba zarubakishijwe ibikoresho bitujuje ubuziranenge.", TTS 14_23,"Ati ""Ntabwo ari jye wiha akazi, hari amakipe amwe nasabye ko nayatoza , ntibaransubiza ubwo nihagira inyemerera muzambona", TTS 14_24,"Ati ""Ubutumwa bwanjye nka Ambasaderi ni ukureba niba twumva kimwe icyo "" Diyasipora""Nyarwanda bisobanura", TTS 14_25,Ati Mwakoze kwifatanya n’abavandimwe bacu baturutse hirya no hino muri Afurika kuko bitwongerera imbaraga, TTS 14_26,"Ati Nari mfite inda y’amezi atanu, nari narayihishe ariko bamwe mubo twasenganaga barabikekaga.", TTS 14_27,"Ati nintakwicira hamwe na bo ejo nk’iki gihe, imana zizabimpore ndetse bikabije”", TTS 14_28,Ati « Ikibazo cyatuzanye si icy'umutekano muke uterwa n’abajura ahubwo ni icy'abashaka kuturimbura., TTS 14_29,Ati « Makuza ni umuntu washyize imbaraga mu gufasha abacitse ku icumu, TTS 14_30,Ati ‘Icyo gihe nahise ntakaza ubwenge njya kwa muganga n’ impapuro ndazifite., TTS 14_31,Ati ‘‘Umushinga wa guverinoma wo guhindura Gitega Umurwa Mukuru W’ubutegetsi ntacyawuzitira., TTS 14_32,Ati “ dukurikiranira hafi umubano umaze imyaka ibiri hagati y’u Rwanda na Afurika y’Epfo , TTS 14_33,"Ati “ Hari igihe hakurwaho imbogamizi nk'enye, hakavuka izindi nk'ebyiri.", TTS 14_34,Ati “ Hari igihe umuntu akenera amata abayacuruza batashye cyangwa se ugasanga amafaranga ufite ntahwanye n’ibiciro byashyizweho, TTS 14_35,"Ati “ Imana niyo nshyira imbere muri byose, cyane cyane mu buhanzi.", TTS 14_36,"Ati “ Imyumvire nk’iyi yatumye nkomeza urugendo, nkora ibishoboka byose ngo ngere aho nifuzaga.", TTS 14_37,Ati “ Nagiye nitwaje koroshi ngo nzajye ndodera abanyeshuri inkweto maze nzabone itike intahana nibyo byatumye banyita korodoniye, TTS 14_38,Ati “ Nk’ubu jyewe nta cumbi ngira kandi nta n’imbaraga mfite ngo mbe nakwiyubakira, TTS 14_39,"Ati “ Oya ntawe mfite , ndacyategereje icyo Imana izabimbwiraho", TTS 14_40,Ati “ Turifuza gukina umukino wa nyuma mu myaka ibiri, TTS 14_41,Ati “ Twajyanwe iyo bigwa tuba ariho dufungirwa nyuma tunajyanwa Makenke., TTS 14_42,"Ati “ Ubu ndishimye, ntabwo nari nzi ko habaho banki umuntu abitsamo itamukata amafaranga buri kwezi.", TTS 14_43,Ati “ Ubu twasubiye muri bya bihe bya cyera n’abanyamahanga barimo tubita Abanyarwanda., TTS 14_44,Ati “ Wenda nshobora kujya njya gusura abandi bana baba mu bigo by’imfubyi ariko sinasubira kubayo., TTS 14_45,"Ati “ ibintu naririmbye byabaye ku mukobwa w’inshuti yanjye cyane""", TTS 14_46,Ati “ jye uko bamfata kose ntacyo byantwara kuko hari n'abanyangira gusa ko ndya cyane, TTS 14_47,Ati “ tuvoma amazi y’uruzi rw’akagera tukaba ariyo tunywa tukanayakoresha byose, TTS 14_48,"Ati “ twakoze ku buryo duhora duhanga udushya, tugenda umujyo umwe turazamuka.", TTS 14_49,"Ati “Abantu b’iwacu i Musanze bajya bambwira ko maze gukura""", TTS 14_50,Ati “Abaturage ntibemerewe kubaka inzu nshya ariko bemerewe gusana cyangwa kuvugurura izo babamo., TTS 14_51,Ati “Abo muri ubwo bwoko ni impunzi zacumbikiwe hano zivuye muri kongo Kinshasa, TTS 14_52,"Ati “Agira atya aho yatoye ikaye ngo asubire mu masomo ye, ukabona arimo arumva indirimbo kuri iyo telefone", TTS 14_53,"Ati “Aho kugurisha roho yanjye, nzemera mpfe ndi umukene ntacyo bizantwara.", TTS 14_54,Ati “Amakamyo yasubijwe ikigo cy’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ni intambwe nziza., TTS 14_55,Ati “Amakimbirane muri Sudani ikiri igihugu kimwe yari hagati y’ingabo za leta n’inyeshyamba, TTS 14_56,Ati “Amaraso ni yo mpano iruta izindi waha umuntu kuko izindi zose umuha zigeraho zigashira, TTS 14_57,Ati “Aya mamiliyoni agenda muri ibyo bikorwa yakagombye guteza imbere ubucukuzi, TTS 14_58,Ati “Bagomba gukora ibishoboka byose bakishyura ayo amafaranga kuko inyubako yabo ifite agaciro gakomeye, TTS 14_59,Ati “Bari bafite impungenge ko bamaze kubakodedera bagasohoka mu mazu yabo bataba bakibishyuye., TTS 14_60,"Ati “Byanjemo kera , nkiri akana gato kuko mu busabane mu Mudugudu iwacu banyitaga Misi Kagara.", TTS 14_61,Ati “Dutekereza ko ayo mateka y’imiyoborere mibi y' i Butare yakwandikwa kuko tuyafata nk’ipfundo rya Jenoside yakorewe abatutsi , TTS 14_62,Ati “Hari Abasigajwe inyuma n’amateka twubakiye nyuma basenya amazu yabo bagurisha amabati., TTS 14_63,Ati “Hari abakozi badakora uko bikwiye kubera kugorwa n’ingendo zo kukageraho, TTS 14_64,Ati “Hari ubwo njya mu cyumba nkarira mbitewe n’ibyo bamvuzeho mu itangazamakuru., TTS 14_65,Ati “Ibibazo bizahoraho ariko tureba mbere na mbere ikinyabupfura abakozi bafite., TTS 14_66,Ati “Icya ngombwa ni ukuzashyira mu bikorwa ibyo twize kandi bikagira akamaro., TTS 14_67,Ati “Icyo bantegerezaho ni uko nzakora ibirenze ibyo babonye mu gitaramo cya mbere, TTS 14_68,Ati “Icyo dushaka ni uko Abanyarwanda batazajya batwara amafaranga mu mufuka, TTS 14_69,Ati “Icyo nshaka kuvuga ni uko atari twe twenyine twiteje imbere, TTS 14_70,Ati “Icyo twari twanze ni uko bari bafashe ubutaka bwacu nk’ubutagira banyirabwo, TTS 14_71,"Ati “Iki cyumweru kirarangira dutangiye gusana kandi noneho ku buryo burambye kuko dufite umufatanyabikorwa,Inkeragutabara", TTS 14_72,"Ati “Imodoka yabo nayiteze amabuye, nayifashe bugwate ntabwo yancika batarasana ibyanjye bangije.", TTS 14_73,Ati “Intambwe ya kabiri izaba gushora imari ifatika mu gukora amashanyarazi, TTS 14_74,Ati “Iterambere rya Positivo ni uko izacuruza mu Rwanda no mu karere., TTS 14_75,Ati “Iyi ndirimbo nijye wayitunganyije ndetse mfite n’amashusho nafashe everi ayiririmbira iwanjye, TTS 14_76,Ati “Iyi niyo ya mbere nsohoye ariko hari izindi nzashyira hanze kuri alubumu ya mbere, TTS 14_77,Ati “Kwica Abatutsi byari byarateguwe n’ubwo bavuga ko imbarutso yabaye urupfu rwa Habyarimana., TTS 14_78,Ati “Mahungu yamaze kwiyita Arufonsi yishimira kujya asohoka mu bitaro agahura n’abaturage maze na bo baramwishimira cyane, TTS 14_79,Ati “Muri iki gikorwa dusana imitima cyane ko ari cyo kiba kigenderewe., TTS 14_80,Ati “yaturyamye hagati nyuma y’akanya gato atangira gukorakora mugenzi wanjye., TTS 14_81,Ati “Nabonye ukuntu yagiye ku rubyiniro abantu bakamwishimira cyane, TTS 14_82,Ati “Nahageze mvugana n’umuyobozi w’umudugudu ambwira ko byabaye mbere ya saa sita, TTS 14_84,"Ati “Nahise mfata ikaramu ndandika, numva bimeze neza.", TTS 14_85,Kwandika ayo magambo byarihuse, TTS 14_87,Ati “Nari ndi i Kigali mu kazi barambwira ngo umugore wanjye arimo arimuka mpita ntaha ., TTS 14_88,Ati “Ndanaririmba indirimbo nshya zizasohoka kuri alubumu ya kabiri nshaka gusohora mu minsi iri imbere, TTS 14_89,Ati “Ndasenga kandi nizera ko Imana izavugira mu banyarwanda b’imfura bakabyitabira kandi bakantera inkunga”, TTS 14_90,"Ati “Ni byiza kuba ubuyobozi budutekereza bukaduha agaciro, bukanatugenera inyigisho nk’izi zadufashije.", TTS 14_91,Ati “Ni ibintu byamvunnye cyane kuko urugendo ubwarwo rurimo imvune zikomeye., TTS 14_92,Ati “Ni yo mahitamo ya nyuma igihe cyose uruhande rumwe ruba rutiteguye., TTS 14_93,"Ati “Nk’abashoramari, dukenera banki ishobora guhaza ibyifuzo byacu ku bijyanye n’amafaranga.", TTS 14_94,Ati “Nta gushidikanya bizadufasha kugabanya impfu cyane cyane iz’abana n’ababyeyi., TTS 14_95,Ati “Nta watekerezaga ko hasigara n'uwo kubara inkuru ariko nta bapfira gushira, TTS 14_96,Ati “Ntabwo nshyigikiye ihohoterwa rikorerwa bariya bagore bacururiza ku dutebo, TTS 14_97,Ati “Nyuma y’igisibo cy'abayisilamu nzakomeza akazi kanjye k’umuziki, TTS 14_98,"Ati “Rimwe narose ndagiye ihene, njya kwihagarika ku giti, nkangutse nsanga nanyaye ku buriri.", TTS 14_99,Ati “Sinzibagirwa uburyo namenyaga ko nasamye hashize igihe kubera ubuzima bubi nabagamo., TTS 14_100,Ati “Tubikora kuko ari imwe muri gahunda iri mu ntego zacu, TTS 14_101,Ati “Tugerageza gutanga serivisi nziza ariko natwe biratubangamira kuko tutaba twisanzuye., TTS 14_102,Ati “Turashaka kongera guhaguruka ngo tubere umugisha iyindi migabane y’Isi., TTS 14_103,Ati “Twahawe ubumenyi bw’ibanze muri za kaminuza tuje gutyaza ubwenge ngo duhinduke tubone guhindura abandi, TTS 14_104,Ati “Uburyo yansobanuriye ntabwo byanyuze kuko nari naramubujije kenshi kunsigira imodoka mu kinamba., TTS 14_105,Ati “Ubusanzwe ubuharike n'ubushoreke byose itegeko rirabibuza ntawemerewe kuzana inshoreke cyangwa guharika uwo bashakanye, TTS 14_106,Ati “Ubusanzwe mu myuga twigishaga ntabwo twibandaga ku mirimo itangiza ibidukikije, TTS 14_107,"Ati “Umugore wanjye yaramfungishije, anshinja ibinyoma kuko yamenye ko ubutekamutwe bwe mbuzi.", TTS 14_108,Ati “Umuntu aba inzobere mu by’ubukungu kubera ko yabyize imyaka runaka, TTS 14_109,"Ati “Umuziki nawutangiye mu buryo bwo kwishimisha gusa, kuko nawukundaga cyane.", TTS 14_110,Ati “Washoboraga kugera kuri Radiyo Rwanda wavuga ko ushaka konsolata ntibamumenye., TTS 14_111,Ati “aha niho byaturutse twiyemeza guhindura izina kugira ngo buri wese ayibonemo”., TTS 14_112,Ati “mfite intego yo gukomeza guhanga udushya mu byo nkora, TTS 14_113,Ati “yagombaga kubishyura bose uyu munsi ariko yatumenyesheje ko atari buboneke kuko yapfushije mushiki we., TTS 14_114,"Ati ”Muzirinde gupfa nk’imbwa, ahubwo muzapfe nk’intwari murasanira igihugu, murengera Abanyarwanda.", TTS 14_115,"Ati ”U Rwanda ibyo rwanyuzemo ni byinshi kandi birimo ibigeragezo n’ibibazo bitoroshye""", TTS 14_116,"Ati"" Inzoga zacu zirushaho kumenyekana no kugurwa ari nyinshi kuko zikunzwe kandi zigera henshi mu gihugu", TTS 14_117,"Ati"" Nzageza ku baturage gahunda yanjye ya Politiki maze abazayishima bazanshyigikire bampundagazaho amajwi.", TTS 14_118,"Ati""Ubukene ubusanzwe buri mu bitera indwara zo mu mutwe cyane cyane indwara y'agahinda gakabije", TTS 14_119,"Ati, ""Ubuzima bushingiye ku muco abatubanjirije babagamo, ni bwo bwabafashaga kubona ibisubizo by'ibibazo bahuraga na byo.", TTS 14_120,Ati: “Byabaye ngombwa ko mbihakana kuko nabonaga umugore we turi buze guhangana”., TTS 14_121,Ati: “Twigishiriza mu nsengero iyo byahuriranye n’izindi gahunda z'itorero kimwe cyica ikindi., TTS 14_122,Ati: “jye sinari nzi gusoma no kwandika ariko ubu maze kubimenya neza., TTS 14_123,"Ati:’’Niyo mpamvu nsaba abafite ibitekerezo byubaka n’abakeneye impinduka kunshyigikira"".", TTS 14_124,Ati :”Iyi alubumu nayiteguye mu rwego rwo guha icyubahiro abasirikare b’igihugu cyacu., TTS 14_125,Ati“ Abashinzwe umutekano b’inshuti zanjye baramburiye menya ko hari umugambi wo kunkuraho no kumfunga, TTS 14_126,"Ati“Kugeza ubu mfite ikibazo cyo kugira isoko rinini ntabasha guhaza""", TTS 14_127,Ati” Abahinzi ntitwari kubaha inguzanyo cyangwa izindi serivisi tutazi aho baherereye., TTS 14_128,Ati” Abo nakoreraga bampembaga inzoga nakenera ibiryo nkagurisha ku nzoga nahembwe nkabigura, TTS 14_129,Ati” Aho tugifite ibibazo cyane ni muri Afurika y’Uburengerazuba by’umwihariko muri Nigeriya no muri Kameruni, TTS 14_130,"Ati” Byantangaje kubona urukiko runshyigikira, rukemeza ko ubutinganyi atari indwara yo mu mutwe.", TTS 14_131,Ati” Icyifuzo cyacu ni uko baduha ingurane y’amafaranga ahwanye n’agaciro k’inzu zacu., TTS 14_132,Ati” Ni gute twageza u Rwanda ku bukungu butarimo ihererekanya ry’amafaranga mu ntoki, TTS 14_133,Ati” Ni umwanya wo kureba abakiri bato bafite impano no kubashishikariza kuzikoresha., TTS 14_134,Ati” N’ubundi abagize amakoperative nibo bakiriya bacu kuko Banki z’ubucuruzi batihutira kuzijyamo, TTS 14_135,Ati” Uwo muyobozi yaje mu rugo dufatanya kumvisha ababyeyi akamaro k’umwuga w'ubwubatsi, TTS 14_136,"Ati″Aha ducururiza abajura bigeze gufungura umuryango nijoro , mu gitondo tuje dusanga urarangayen' ibintu byose babitwaye.", TTS 14_137,Ndabitoreye yihanangirijwe kenshi kubera gushora abana n’urubyiruko mu myigaragambyo yangije byinshi., TTS 14_138,Avoka ituma izindi ntungamubiri zinjira neza mu mubiri umuntu akagira ubuzima buzira umuze, TTS 14_139,Avoka ntigira isukari nyinshi kandi ifasha umuntu kumva ahaze i gihe yayiriye, TTS 14_140,Avuga ko icyo basaba abaturage ari ugutanga amakuru ku bacuruza amashashi., TTS 14_141,"Avuga ko muri iki gitabo, hagaragaramo uburyo u Rwanda rwabashije gutera intambwe rwiyubaka nyuma ya Jenoside ", TTS 14_142,Avuga kandi ko icyo kigo kizubakwa i Masaka mu karere ka Kicukiro, TTS 14_143,Avuga kandi ko kimwe mu bitera iri tinda ari abakozi bacye, TTS 14_144,Avuga ko imirimo akora ari ugusoroma icyayi no kwishyura imodoka ikijyana ku ruganda rwacyo ruri mu gisovu, TTS 14_145,Avuga ko iyo imvura iguye babura aho bayugamana n’imyaka bacuruza ikangirika., TTS 14_146,"Avuga ko izo nkuru zakozwemo udutabo, tuzashyirwaho ikimenyetso cy’ibitabo byemewe ku isi kandi bikitirirwa abo bana", TTS 14_147,Avuga ko ushobora gukoresha incenga z’amakara mu guteka wifashishije ubu buryo, TTS 14_149,Avuga ko Abayoboke b’iri torero bamaze iminsi irindwi y’ibyiringiro basengera igihugu, TTS 14_150,Avuga ko Kongo igomba kugira uruhare rukomeye kugira ngo umutekano ugaruke., TTS 14_151,"Avuga ko Hagize uwumva afite ikimenyetso icyo ari cyo cyose, yakwihutira kujya ku ivuriro.", TTS 14_152,Avuga ko Leta ifite ingamba zo gukumira icyatuma abana bishora mu biyobyabwenge., TTS 14_153,Avuga ko adakwiye kugezwa imbere y’urukiko wenyine kandi akurikiranyweho ibyaha afatanyije n'abandi benshi, TTS 14_154,"Avuga ko atuye muri Vunga , hakurya y’umujyi wa Muhanga , mu murenge wa Shyogwe, mu kagari atibuka neza", TTS 14_155,Avuga ko bakwiye kurwanya ruswa n'umuco wo kudahana aho bari hose, TTS 14_156,"Avuga ko bitazongera kumubaho , kuko atazongera kwizera umuntu uwo ari we wese, uzamubwira ikintu runaka atamwereka ikimenyetso", TTS 14_157,Avuga ko biteye ipfunwe kuba Jenoside yarabaye mu Rwanda amahanga arebera., TTS 14_158,Avuga ko gufata iyo nzoka n’izindi bitagoye iyo wabyize ukanabyitoza., TTS 14_159,Avuga ko hagiye gushyirwa imbaraga mu nyigisho zereka urubyiruko ububi bwo kwitabira ibikorwa by’iterabwoba., TTS 14_160,Avuga ko hari byinshi yari yatangiye gukorana n’aba bakobwa bakaba bashoje amasezerano batabikoze., TTS 14_161,Avuga ko hari ikimasa kigeze kuvuka gutyo ariko kigahita gipfa., TTS 14_162,Avuga ko ibyo byiyongera ku rusaku rw’imashini rwa nijoro rubuza abaturage gusinzira., TTS 14_164,"Avuga ko iyi myigaragambyo itagenze neza nk'uko byari biteraganyijwe , ariko ngo ntibazacika intege.", TTS 14_165,"Avuga ko iyi nama izahuza abacuruzi, abayobozi ba Guverinoma n’abanyamyuga batandukanye.", TTS 14_166,"Avuga ko iyo bategereje  ko banyirayo baza kuyishyingura bakababura  , ibitaro bifata umwanzuro wo kuyishyingurira.", TTS 14_167,"Avuga ko iyo myuga nta mugore, nta n'umukobwa warotaga kuba yayikora.", TTS 14_168,"Avuga ko kera, ataramenyana nawe, byamugoraga guhitamo imyambaro bitewe n’indeshyo ye.", TTS 14_169,Avuga ko kuba Abanyarwanda bari i Darifuru ari ikimenyetso cy’ubushake bwo gufasha abandi., TTS 14_170,Avuga ko mbere yo kwigishwa muri gahunda ya “ndi umunyarwanda” yari yaratsimbaraye ku moko, TTS 14_171,"Avuga ko mu bantu icumi bazagenda, abazabyina barimo intore imwe n’imparage ebyiri ", TTS 14_172,Avuga ko mu buryo butunguranye umwanzi yabinjiranye muri byo birindiro byombi., TTS 14_173,Avuga ko nk’urubyuriko baba bafite impano zitandukanye ariko ugasanga zipfukiranywa, TTS 14_174,Avuga ko n’izi mpombo za pulasitike zigomba kubanza kugenzurwa kugira ngo zitazatera ibibazo bitari byitezwe, TTS 14_175,Avuga ko u Rwanda rutazareka kwakira abaturanyi bari mu bibazo kuko rubafata nk’abarwo., TTS 14_176,"Avuga ko umwana ukivuka akwiye konswa amashereka gusa, kugeza ku mezi atandatu nta kindi avangiwe", TTS 14_177,Avuga ko uretse amakuru aca ku mbunga nkoranyambanga avuga ko mukuru we yatorotse nta kindi kibyerekana, TTS 14_178,Avuga ko yagize amahirwe ntagwe muri izo nzira kuko hari abatarabashije kugaruka mu gihugu cyabo nk'uko babyifuzaga, TTS 14_179,Avuga ko yarwaye amavunja mu ntoki no ku maguru akajya ananirwa kugenda, TTS 14_180,Avuga ko yayiteye agira ngo abantu nibayumva bahunge kuko bari bamumereye nabi., TTS 14_181,"Avugira aho,ugasanga abamwisanzuraho bamusaba kujya yitonda akumva mbere yo gusubiza.", TTS 14_182,"Aya mababi ashobora gukoreshwa ibintu bitandukanye, nk' imigina y’ibihumyo.", TTS 14_183,Aya mabwiriza yashyizweho bwa mbere n’ikigo gitsura ubuziranenge cy’Abongereza ari na cyo cyayubahirizaga gusa, TTS 14_184,Aya mabwiriza yibutsa ko igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ari icy'abanyarwanda bose, TTS 14_185,Aya mafaranga bayambuye uwabakoreye indirimbo yitwa Sinzahinduka bakoranye n'undi muhanzi, TTS 14_186,"Aya mafoto yafashwe mu myaka itandukanye, bikaba bigaragara ko adasaza.", TTS 14_187,Aya magambo akoreshwa n’abaraperi usanga atishimirwa n’abantu bavuga ko hipapu ari injyana y’ibirara, TTS 14_188,Aya magambo nkubwiye uyu munsi yinjire mu mutima wawe kandi ujye uhora uyazirikana, TTS 14_189,Aya magambo yafashwe na benshi nk’ubushotoranyi no gusebya uyu musore ukunzwe n’abakunda umuziki nyarwanda, TTS 14_190,Aya magambo yayanditse sa munani z'ijoro zishyira igitondo cyo kuri uyu wa gatanu, TTS 14_191,Aya magambo ye yanemejwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bwongereza, TTS 14_192,Aya magambyo hari abashobora kuyahuza n’ ubutumwa Muvunyi Taniya Umutoni wiyamamarije mu mujyi wa Kigali yatanze, TTS 14_193,Aya mahugurwa yari agamije kubahugura ku byerekeranye no gucunga umutekano mu nsengero, TTS 14_194,Aya makipe yombi azahura mu mikino yo kwishyura izasubukurwa mu mpera z’iki cyumweru., TTS 14_195,Aya makosa akunze kugaragara ku bayobozi b’imidugudu ndetse n’utugari hirya no hino mu gihugu, TTS 14_196,Aya makosa yayakoraga kenshi nkamubwira nti hari umunsi umwe tuzagira dutya tukayapfa., TTS 14_197,Aya makuru y'uko atwite yayabwiye inshuti ze nyuma yo gushwana na we, TTS 14_198,Aya makuru yemejwe n’umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kigali , TTS 14_199,Aya masezerano agamije kurushaho gutsura umubano ushingiye ku bintu bifatika hagati y’impande zombi., TTS 14_200,Aya masezerano ateganya ko Tigo izagurishwa amafaranga yikubye inshuro esheshatu ayo yinjije ukuyemo inyungu, TTS 14_201,Aya masezerano azadufasha kutajya twishyurira imisoro ibicuruzwa biva mu Rwanda inshuro ebyiri., TTS 14_202,"Aya ni amwe mu mafoto agaragara ku rukuta rwa ""fasibuku"" ya Mukarurangwa korodine", TTS 14_203,Aya ni andi mafoto yafatiwe na Kigali Tudeyi muri Bamako., TTS 14_204,Ayingeneye yaravuze ati “Biteye ikimwaro n’ipfunwe kubona abaganga n’abaforomo bijandika mu bwicanyi., TTS 14_205,Ayo mafaranga Panza ashinjwa kunyereza ni impano yahawe na Perezida wa Angola, TTS 14_206,Ayo mafoto yagaragazaga ko ateye nk’inyamaswa kuko yari afite umurizo n’amatwi bitangaje., TTS 14_207,"Ayo mafunguro aba arimo aya kizungu, aya kinyafurika n’indyo gakondo za Kinyarwanda.", TTS 14_208,"Ayo magambo yavuzwe icyo gihe n'amajwi y’indirimbo yaririmbwe, azumvikana biruseho mu gihe kizaza", TTS 14_209,"Ayo makosa ni amwe muyo uyu mucuruzi ashinjwa n’Ishami rishinzwe guca ""Fiborosima""", TTS 14_210,Ayo makuru ahamya ko agashimwe ko kohereza abakoze neza muri misiyo kafasha mu guhagarika imyigaragambyo, TTS 14_211,Ayo masezerano azatangira gukurikizwa mu irushanwa rizabera i Rubavu., TTS 14_212,Ayo ni amabwiriza agenga imyubakire n 'imiturire mu mujyi wa kigali, TTS 14_213,Azamubona Habitegeko ntamuzi! Natamureka ngo yisahurire nawe azamwirenza mu gihe gitoya., TTS 14_214,"Azi gukunda, kuvuga no kwemeza, ibyo bigatuma abakobwa bamukunda cyane.", TTS 14_215,Azi ubwenge kandi yumvikana n'abandi n'ukwemera kwe ntikujegajega., TTS 14_216,"Azitwa Igitangaza, umujyanama, Imana ikomeye, Data wa twese Uhoraho, Umwami w'amahoro", TTS 14_217,Azwi cyane mu ndirimbo yitwa Ndagushimira yaririmbanye na Dipolomate., TTS 14_218,"Ba myugariro beza nka Rwigema, Irambona , Munezero na Niyonzima.", TTS 14_219,"Ba myugariro ni Sibomana Abuba, Musa Mohamedi, Nizigiyimana Karimu, Haruna Shakava.", TTS 14_220,"Ba rutahizamu ni Faruku Ruhinda, Isa Bigirimana, Ndahinduka na Mubumbyi.", TTS 14_221,Babahe amahirwe nk'abandi Banyarwanda yo kubatoza iyobokamana no kubinjiza mu rusengero, TTS 14_222,Babanaga mu nzu ariko bafitanye amakimbirane nyuma sindi yaramwirukanye anasaba umuryango ko umusubiza inkwano ., TTS 14_223,"Babiri biciwe i Nayirobi, Polisi yavuze ko bitwaje imyigaragambyo bakajya kwiba.", TTS 14_224,Babishingira ku kuba ajya gusohoka muri iyo nyubako yaraciye mu gikari, TTS 14_225,Babu yaravuze ati” iwabo wa Aruturu ni benshi kuburyo iyo baje mu mujyi wagirango habaye imyigaragambyo…, TTS 14_226,uyu ni umwana w'imyaka umunani urimo ukora indirimbo ye ya kabiri., TTS 14_227,Baca umugani mu Kinyarwanda ngo “Umuntu arapfa ariko izina ntiripfa” ikindi kandi ngo “Intwari ntipfa, TTS 14_228,Badege yari yasobanuye ko kuvogera urugo bigize ibyaha bihanwa n’amategeko ahana y’u Rwanda , TTS 14_229,Bafite no kwita ku bapfakazi binyuze mu kuboha agaseke n’imishinga y’ubworozi, TTS 14_230,Bagabo mugomba kumenya buryo mutwara abagore banyu mukurikije imico yabo., TTS 14_231,Bagaburira ababijemo boroshete z’ibihumyo byo mu bwoko, TTS 14_232,"Baganuzaga umwami amata, amasaka n’izindi mbuto nkuru mu Rwanda ari zo: uburo, inzuzi n’isogi.", TTS 14_233,Bagejeje ku manywa y'ihangu Eliya arabashinyagurira ati Erega nimutere hejuru kuko ari imana, TTS 14_234,"Bagirinka, umwe muri abo bakecuru, avuga ko gushyirwa hamwe byabahaye icyizere.", TTS 14_235,"Bagiye mu gikari bazana ibibando barakubita, bigeze hagati akinga akaboko baragakubita karavunika.", TTS 14_236,Bagiye i Rubavu mu ndege yabakuye i Kanombe ku itike bahawe na eyateli Rwanda., TTS 14_237,Bagomba kuba abakozi be bahoraho kandi akeneye ko buri muntu agira icyo amukorera, TTS 14_238,Bahati Alphonse yashimiye Groove Awards yaje kumushyigikira mu murimo akora wo kuririmba indirimbo zihimbaza Imana., TTS 14_239,Bahawe Vitamini A n'umuti w'inzoka banakangurirwa gukora isuku, TTS 14_240,Bahera ko bambuka Nyabarongo batabaye Cyilima Rugwe ku Kamonyi mu gisura yari yihishemo., TTS 14_241,"Bahise bamfata bankuramo umukandara barawunzirikisha , bakajya bankwega cyane agatuza, bakankurura bankubita mu mugongo.", TTS 14_242,"Bahugurwa ku buryo bwo gusora, gushaka abakiliya n’indi mikorere ijyanye n’ubucuruzi.", TTS 14_243,Baje kwemeranya ko bahurira mu kabyiniro kugira ngo bumvikane ku biciro., TTS 14_244,"Baje mu modoka babaza uko byagenze, abagenzi babasobanura ko bari basezeranye na ""Convoyeur"" ko bari buzenguruke.", TTS 14_245,Bakaba bagarukanye impinduka by’umwihariko muri izi mpera z’umwaka ndetse banabahishiye udushya twinshi, TTS 14_246,"Bakame iyibonye , itangira kwiteresha intambwe kuri ya nkoni, ivuga ngo: imwe, ebyiri, eshatu.", TTS 14_247,Bakame yavuze ko adashobora guhemukira Rayon Sports ngo n'uko ikennye., TTS 14_248,Bakanguriye abahakorera kugura ibikoresho bito bizimya umuriro byabafasha kuwuzimya igihe udafite imbaraga nyinshi., TTS 14_249,Bakinnye neza nubwo batageze ku mukino wa nyuma ariko berekanye imbaraga., TTS 14_250,Bakomeje kubigira batyo ariko bigeze kuri Rugaju batinya kuvuga ko afite imfizi nziza, TTS 14_251,Bakomeza bavuga ko abakozi bafite uburambe birukanywe hagasigara abimenyereza umurimo n’abakozi badahoraho, TTS 14_252,Bakwiriye kujya bakora umuhanda mu minsi y’ikiruhuko cyangwa bakawukora nijoro., TTS 14_253,"Bamaze kumbwira ko nkora neza, ngo ngira udushya mu miririmbire yanjye.", TTS 14_254,Bamfashe ku bugabo bankanda udusabo tw'intanga baranankubita., TTS 14_255,"Bampamagaye bampa ibaruwa insezerera , ariko ndakubwiza ukuri ko impamvu bavuga ko nzira nta kuri kurimo", TTS 14_256,Bampaye izi nshingano kandi baranshyigikiye kugira ngo nshyire mu bikorwa ibyo nsabwa., TTS 14_257,Bamporiki amaze igihe atanga ubuhamya bwe hirya no hino mu gihugu., TTS 14_258,Bamporiki asobanura ko umwana yajya yubaha ababyeyi be ariko akiyemeza gutandukana n’ibisubiza inyuma abantu kimwe n’ibibica, TTS 14_259,Bamporiki avuga ko ibyo intagondwa z’Abahutu zakoze muri Jenoside byabaye icyaha kuri bose, TTS 14_260,Bamporiki avuga ko umusaruro wazo ari mwinshi mu buryo bugaragara, TTS 14_261,"Bamporiki yanditse kuri Twita agira ati “Ibi ntabwo bisaba kwifashisha itegeko"".", TTS 14_262,Bamporiki yavuze ko urubyiruko ari rwo gishoro u Rwanda rushyize imbere, TTS 14_263,"Bamubajijwe ku bijyanye no gukubita abaturage Museveni yahise ababaza ati”Ariko ubundi bigaragambyaga kubera iki?""", TTS 14_264,Bamuhaye ibahasha irimo miliyoni banamugira inama yo gushinga inzu itunganya imisatsi y’abagore., TTS 14_265,Bamushinja ibinyoma bavuga bati twamwumvise avuga ati nzasenya Yeluzalemu nongere nyubake mu minsi itatu, TTS 14_266,Bamushinjaga uburiganya mu itegurwa rya sinodi igamije gushyigikira imyanzuro y’abifuza impinduka, TTS 14_267,Bamushyinguye baririmba ngo nywa kandi ugubwe neza , TTS 14_268,Bamwe babibonyemo intege nke banavuga ko kudashobokana n’abantu bigaragaza ko ari we udashobotse., TTS 14_269,"Bamwe bagaye iki cyemezo, abandi batari bake bagaragaje ko cyabagizeho ingaruka.", TTS 14_270,Bamwe barimo bishyushya mu gihe abandi barimo biyandikisha mbere yo guhaguruka., TTS 14_271,Bamwe batangaga ibitekerezo banenga uyu mukobwa bavuga ko ari umusinzi ngo kuko yanyoye inzoga atarageza ku myaka ibimwemerera, TTS 14_272,Bamwe batangiye kwibaza niba bari bahamagariwe kureba ko uwo muhanzi ahari kandi atari bubaririmbire., TTS 15_1,Bamwe batekereje ko ari amayeri yo kugira ngo bagure izi telefoni zigezweho z’uru ruganda., TTS 15_2,"Bamwe bavomaga amazi y’ikiyaga cya Muhazi bakaba ari yo banywa, bakayatekesha bakanayoga.", TTS 15_3,Bamwe bibatera ipfunwe abandi bakabifata nk’igisebo ku buryo badashobora kubwira bagenzi babo ko babyaye, TTS 15_4,Bamwe bibaza impamvu uyu mukobwa akunda kwifotoza yiyerekana ubwambure , TTS 15_5,Bamwe mu bafana ba bari bari ahafatirwaga amashusho y'iyi ndirimbo ye nshya., TTS 15_6,"Bamwe mu barokokeye i Remera mu Karere ka Gasabo, bavuga ko nabo bari batangiye kwicwa muri icyo gihe", TTS 15_7,Bamwe mu basirikare bakuru b’u Bufaransa bashyizwe ahagaragara bashinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi , TTS 15_8,"Bamwe mu basore bavuga ko gukubura, gukoropa icyumba bararamo no guhindura ibiryamirwa bibatera ubute.", TTS 15_9,Bamwe mu baturage bavuze  ko umugore ushinjwa muri ubu bwicanyi arangwa n’imyitwarire mibi, TTS 15_10,Bamwe mu batuye AKarere ka Gisagara batanga ingero nyinshi z’ibyo Meya Karekezi yabagejejeho kubera ubafatanye, TTS 15_11,"Bamwe mu batuye mu Murenge wa Kitabi, bavuga ko urumogi ruhingwa mu ishyamba rya Nyungwe", TTS 15_12,Bamwe muri Leta y’u Burundi bavuga ko ari imyigaragambyo yo gushyigikira amahoro., TTS 15_13,Bamwe muri bo bavuga ko badafite ubushobozi bwo gutanga umusanzu wa ngombwa ngo bivuze, TTS 15_14,Bamwe muri uko kumunnyega usanga bavuga cyangwa bandika ikinyarwanda kitari cyo., TTS 15_15,"Bamwe ntibigeze banarangiza amashuri, bagakoreshwa akazi kavunanye ,  bahembwa intica ntikize n'inganda ziba zunguka umurengera.", TTS 15_16,Bamwishe babanje kumugaragura mu cyondo nyuma banashinyagurira n’umurambo we bamuhora ko yanze gutanga abatutsi ngo bicwe, TTS 15_17,Banakomoje ku rindi tsinda ry’abanyarwanda batawe muri yombi mu minsi ishize, TTS 15_18,Banashingira ku rugendo imodoka itwara ibishingwe ikora igana ku kimoteri cya Nduba, TTS 15_19,Banashinjwe na bagenzi babo kubatwara ibiraka kandi bakora mu buryo butemewe. , TTS 15_20,"Banganshaka ati “Abuzukuru banjye sinshobora kubamenya niyo duhurirye mu nzira ndihitira "".", TTS 15_21,"Bangiriye inama yo kugabanya amavuta, umunyu nywuvaho, bambwira kunywa amazi menshi no gukora siporo.", TTS 15_22,Banki Nyafurika itsura amajyambere igaragaza ko u Rwanda n'ibirwa bya morise ari ibihugu byakoze neza muri iyi gahunda., TTS 15_23,Baragenda bigiye imbere nanone babona inkware iri hagati y'abana bayo., TTS 15_24,Baragiye babwira abasirikare ko kuri ako gasozi hariho inyenzi zihishe mu myobo zifite imbunda kandi ari zo zituma abaturage baneshwa », TTS 15_25,"Barahirwa abemera gucishwa bugufi, bakavuga nka Yohani Umubatiza bati, Uwo akwiriye gukuzwa jye nkacishwa bugufi", TTS 15_26,Baramukanze uburibwe bugera ku magufa banamwinika mu mazi benda kumuheza umwuka…’., TTS 15_27,Baramusaba kuva ku butegetsi nyuma yo gutsindwa amatora yo mu kwezi gushize., TTS 15_28,"Baramutse hari ikindi kintu bifuza, ", TTS 15_29,twareba niba kijyanye n’ijambo ry’Imana n’ibyo twumvikanyeho nk’itorero, TTS 15_30,Baranyuze avuga ko uyu munuko uterwa na mikorobe ziba zihishe mu nkweto ahajya amano, TTS 15_31,Bariselone yatsinze umukino umwe mu mikino itandatu iheruka gukina n'ikipe ya celisi, TTS 15_32,Bareke ibirayi byacu tubigurishe aho dushaka kuko ntawe twaganyiye ko twahombye., TTS 15_33,Bari bari mu nzu y’umuntu basenga ariko ntabwo hari mu rusengero nicyo cyatumye tubibazaho”, TTS 15_34,Bari barinzwe n’abasirikare b’Abafaransa ariko Interahamwe zikajya ziza zigakuramo bamwe zikajya kubica Abafaransa barebera, TTS 15_35,Bari biringiye ko babona urwuri rw'amashyo n'imikumbi yabo yicwaga n'inzara, TTS 15_36,"Bari ingwizamurongo ariko nk'inshuti z’umuhanuzi, bumvaga ko bazagirira umugisha kur’icyo gikomangoma cyari kigiye kuza", TTS 15_37,Baribaza bati ariko ibyo bintu birakoreshwa bite? Ko nta nama batugira? Umushinga umeze ute?., TTS 15_38,Bariya bana ntibazagaruke ku muhanda baje kureba imodoka basa kuriya ., TTS 15_39,ni bo bahawe akazi ko gukora impapuro z'ubutumire z’ubukwe., TTS 15_40,Baryaga ibya mu gitondo Jagisoni yubuye amaso agira ubwoba abonye kolodiya abasanga agenda neza , TTS 15_41,Basa nk'aho barengeje urugero ariko n'ubwo bimeze bityo twishimiye umusaruro byagize, TTS 15_42,Basabwe kwimakaza ubufatanye na komite nyobozi babaha amakuru yangombwa baba bakeneye., TTS 15_43,"Basanga abatambyi bakuru maze barababwira bati ""twarahiye ko ntacyo tuzarya tutarica Pawulo.""", TTS 15_44,Basezeraniye mu busitani bwa hoteli Golodeni mu Mujyi Inyamata., TTS 15_45,Bashinje Munyakazi ko ari gatozi mu gutanga amabwiriza yo gukora jenoside no kuba gatozi mu kuyikora, TTS 15_46,Bashinjwa gukoresha inyandiko mpimbano bandika ko hari amafaranga yakoreshejwe mu bikorwa binyuranye kandi atarakoreshejwe, TTS 15_47,Bashinjwa kwica abantu bakanakoresha ingingo z'imibiri yabo mu migenzo y'amarozi., TTS 15_48,Bashobora kuba bumva ko bimara igihe gito ngo umuntu aryamane na mugenzi we., TTS 15_49,Bashobora kuba mu bantu ba mbere bari buhabwe urwo rukingo rurimo rugegezwa., TTS 15_50,Bashyize igitagangurirwa mu nkweto zanjye , TTS 15_51,Bashyize intoki zabo ku nkuta zifunze neza banakandagira hasi , TTS 15_52,Basiburaga imirongo abanyamaguru bambukiramo yo mu muhanda w'i Nyamirambo hafi ya Sitade ya Kigali, TTS 15_53,Batangarije urukiko ko bagiye mu gihugu cya Uganda bajyanwe no gushaka imibereho, TTS 15_54,"Batangira gukwiza impuha zigera kuri Mibambwe, ngo Rugengamanzi na Rugemintwaza bararozwe ", TTS 15_55,"Batangiye babyina za mbyino zabo hanyuma bakurikizaho indirimbo ""Pole""", TTS 15_56,Batekereza ko abavoka bagiye muri urwo rubanza batazamenya ingano y’indishyi baregera , TTS 15_57,Bati ‘ni ukuri abari baduhagurukiye bararimbuwe n'abari basigaye na bo batsembwe n’umuriro.', TTS 15_58,"Bati “Ubushize twararumbije kubera izuba , abantu barakennye niyo mpamvu batishyura mitiweri.", TTS 15_59,"Batwitse amacumbi arindwi y’iri shuri , banagerageza kwangiza ibikoresho byo mu ishuri ry’abakobwa baturanye", TTS 15_60,Bavanwe mu bufaransa bajyanywe mu Karere ka Karongi n 'aka Rutsiro , TTS 15_61,"Bavuga ko uru rubuto rushobora kurinda zimwe mu ndwara za kanseri , kubera vitamine se irurimo", TTS 15_62,Bavuga ko bahutajwe n’abasirikare bahagarikaga imyigaragambyo kugeza n'aho bamwe muri bo bakomereka, TTS 15_63,Bavuga ko Abanyarwanda biganjemo urubyiruko bamaze gusobanukirwa no gukunda ibitaramo bikorwa imbonankubone , TTS 15_64,Bavuga ko baharanira kwubahiriza amasezerano ya Arusha hamwe n'itegekonshinga ry'u Burundi., TTS 15_65,Bavuga ko bazarushaho kwirindira umutekano mu rwego rwo guhangana n’ubujura., TTS 15_66,Bavuga ko iyi karavate ari yo yamuteranije na perezida kuko yambarwa mu birori biciriritse, TTS 15_67,Bavuga ko mu minsi iri imbere bazaba bafite n’ihagurutsa za televiziyo., TTS 15_68,Bavuga ko za Guverinoma zishobora guhungabanya ubwigenge bwa za Sosiyete sivile., TTS 15_69,Bavuye i Ntarama berekeza ku rwibutso rwa Jenoside rw'i Nyamata., TTS 15_70,Bavuze ko ayo mafaranga ari ubwishingizi bw'i gihe hashobora kubaho ikiza gituma bahomba, TTS 15_71,"Bavuze ko amata akamwa ninjoro, akamwa ku wa gatandatu no ku cyumweru bayaha imfubyi", TTS 15_72,Bavuze ko uko ubukangurambaga mu rubyiruko buziyongera bizabafasha guhindura imyumvire bakarushaho kuwitabira., TTS 15_73,Bayingana yarebye uko abanyamakuru barimo bakina kwihangana biramunanira yicara hasi araseka., TTS 15_74,"Bayisenge yavuze ko umwana yavutse ari muzima , akarira inshuro eshatu hanyuma akamuta mu musarani akaza gupfiramo", TTS 15_75,"Bazahanishwa igihano kibakwiriye cyaba ari cyo kurimbuka cyangwa gucirwaho iteka, aho niho bazarira bakanahekenya amenyo.", TTS 15_76,Bazarigata umukungugu nk' inzoka kimwe n' ibikururanda byo ku isi, TTS 15_77,Bazaze biteguye kuko harimo indirimbo zishobora kubakora ku mutima bakarira., TTS 15_78,ngo arashaka ko akurikiranwa akabazwa ku byerekeye urupfu rwa Karamagi., TTS 15_79,Bene data ntibikwiye ko Shitani iduheza mu bitekerezo by’ubwihebe ngo twumve ko birangiye., TTS 15_80,Benkirane yashimye aho u Rwanda rugeze mu iterambere n’ uruhagejeje ariwe Perezida Kagame., TTS 15_81,Benshi batangiye kwemeza ko ariwe muhanzi bagiye gufatanya kwamamaza ibikorwa byayo, TTS 15_82,Benshi mu banyamidelikazi batambukaga bambaye imyambaro igaragaza utwenda tw'imbere cyangwa two kogana., TTS 15_83,Benshi mu basomyi bakunze kutubaza niba koko ugirira akamaro uwawukoresheje ndetse niba ntaningaruka ugira ku mugabo wawunyweye, TTS 15_84,Benshi muri bo baba mu nkambi z'impunzi mu gihugu baturanye, TTS 15_85,Berekeje ahari ubushyo bagiye kwiga uko bakama mu muco n’izindi ndangagaciro zijyanye n’inka, TTS 15_86,Beretswe uburyo bushya bwo gusiramura hakoreshejwe impeta n’ibikoresho byifashishwa muri iyi gahunda, TTS 15_87,"Ikanda, waburanishaga aba bombi, yabanje gusomera Wema Isaac Sepetu ibyaha aregwa.", TTS 15_88,Biyonse n’icyitegererezo ku bakobwa banjye kandi anafite impano ikomeye mu muziki., TTS 15_89,"Biba byiza rero kwishimira abana Imana iguhaye, kuko burya ngo “Iraguha ntimugura”!.", TTS 15_90,Biba byoroshye iyo wigiye ahantu hari atelier igufasha gukora pratique noneho hakaboneka n’ibiraka., TTS 15_91,"Bibaye nyuma y'imyigaragambyo yabereye muri Turukiya, yamagana Uburusiya bushyigikiye perezida wa Siriya", TTS 15_92,Bibiliya igira iti “ Ni mucyo twiyezeho umwanda wose w’umubiri n’uwo mu buryo bw’umwuka, TTS 15_93,Bibiliya yemera ko hari igihe uwo muva inda imwe atakubera inshuti magara , TTS 15_94,Bibiliya yerekana ko uretse gupfakara bari bafite n’inzara ikomeye biteguye no kwipfira, TTS 15_95,"Bibukaga ijambo yababwiye, abasaba kuzaba abagabo, kuko yiyumvagamo ko ari bupfe.", TTS 15_96,"Bibye ibintu by’abaturage birimo amatungo n’ibiribwa, banarasa hejuru bagamije  kubatera ubwoba ", TTS 15_97,Bigaragaza ko igisirikare kiticaye ngo kibihe umurongo ngo kivuge kiti tubigire dutya., TTS 15_98,Bigaragaza ko iyi kanseri iri mu ziganje mu bagabo kurusha izifata izindi ngingo z’umubiri, TTS 15_99,Bikaba byaramuhesheje amahirwe yo guhura na nyakubahwa perezida wa Republika y’u Rwanda Pawulo Kagame, TTS 15_100,Bikingiriza amatara n’uturebanyuma two hanze n’ibimenyetso byerekana icyerekezo, TTS 15_101,Bimaze kugaragara ko izi mfungwa zabaho nabi muri gereza zitandukanye zo mu Rwanda;, TTS 15_102,Bimenyimana na Irambona Erike babanje mu kibuga, TTS 15_103,"Bimenyimana we ati : ""nubura icyo uvuga ntukavugishwe wa gisaza we cy’igisazi""", TTS 15_104,Bimpa icyizere ko imikino yo kwishyura izaba imeze neza kuko hari abandi bakinnyi baziyongeramo, TTS 15_105,Bimufasha kumva ko ibiyobyabwenge atari byo bituma umuntu agira ijwi ryiza., TTS 15_107,Binubira ko bishyuye amafaranga bagahabwa impapuro z’agateganyo aho guhabwa amakarita yo kwivurizaho nk’uko byari bisanzwe, TTS 15_108,"Birababaje kubona ababyeyi bamwe birengagije inshingano zabo, ntibabashe kuturengera mu gihe bakuru bacu bicwa.", TTS 15_109,Birababaje kubona abakinnyi bakagombye kwiha agaciro bakagahesha n'ikipe yabo aribo bayitsindisha , TTS 15_110,Biraboneka ko urupapuro rw’umurimo wacu rutandikishijwe wino ahubwo rwandikishijwe umwuka w’Imana nzima., TTS 15_111,Biradushimisha cyane iyo twumvise ko hari umuntu wabonyemo akazi., TTS 15_112,Biragaragara ko ari abamwishe bakaza kuhamujugunya kuko aho bamusanze nta cyerekana ko haba hiciwe umuntu., TTS 15_113,Biragoye ko navuga mu magambo uko numva meze mu mutima wanjye., TTS 15_114,Birahira yakomeje avuga ko uwo mugabo wakomeje gushyirwa mu majwi n’abaturage ari umuhinzi w’urutoki, TTS 15_115,Birashoboka ko imyuka mibi igerageza kwigana ubutumwa bw’Imana cyangwa kwinjiza ubutumwa bwayo mu butumwa bw’Imana, TTS 15_116,Birashoboka ko ariwe muntu uharitse abagore benshi akiri muto., TTS 15_117,Biratangaje kubona abantu nka bariya bafata umuntu bakamutegeza imbwa ikamurya!!”., TTS 15_118,Biratunezeza kubona ikipe yitabiriye amarushanwa igashimisha abantu gutya., TTS 15_119,Birazwi ko mu gihe zakubura imirwano ingabo za Uganda n’iz'u Rwanda zizabafasha nk’uko bisanzwe, TTS 15_120,Birazwi neza ko Kambanda yagiranye amasezerano n’ubushinjacyaha kugirango abufashe nabwo buzamufashe, TTS 15_121,"Bireba abari batunze inka nyinshi kandi bakomeye ku butegetsi, banafite igihagararo cya gitegetsi,", TTS 15_122,"Biroroshye cyane, wabikoresha telefone yawe iyo ari yo yose", TTS 15_123,"Biroroshye kuko bafite uburyo butatu bwo kwishyura, umuntu agahitamo akurikije ubumunogeye", TTS 15_125,Birumvikana Nkoronko nta kindi yari gukora atari ugusohoza umugambi we ashimangira ko Murorunkwere atwite, TTS 15_126,"Birumvikana hari byinshi bigomba kuzitabwaho kugira ngo rigende neza, n’ibibazo byagaragaye ubushize ntibizasubire.", TTS 15_127,Birumvikana ko binagenze neza mu gihe kiri imbere nazagura imodoka yanjye nkikorera., TTS 15_128,Birumvikana rero ko ibyo tuba twumvikanyeho ari byo dukora., TTS 15_129,Biryabarema avuga ko bitewe n’impinduka zitandukanye uru rwego rugenda rucamo nta kabuza ruzagera ku isura ishimishije, TTS 15_130,Bisa nk'ibyahimbwe mu kinyejana cya cumi na gatatu kubera impamvu zitamenyekanye neza., TTS 15_131,"Bisaba abantu benshi n’impuguke zinyuranye, kandi ntizibuze, kugira ngo icyo kibazo gisobanuke.", TTS 15_132,Bishimisha muhanzi iyo ageze aho abantu benshi bamwishimira bakanamuha ipeti nk'iryo, TTS 15_133,Bishobora gutuma umuhungu abura icyo akuganiriza cyangwa ntimubone umwanya wo kuganira ngo mumenyane byimbitse , TTS 15_134,"Bishobora kungiraho ingaruka zikomeye, kuko umukoresha wanjye ashobora kutumva ko nakererejwe n’ imirimo irimo ikorerwa mu muhanda", TTS 15_135,Bitarenze Gashyantare uyu mwaka bose bazatangirana amashuri na bagenzi babo b’Abanyarwanda., TTS 15_136,"Biteganijwe ko abazitabira iri serukiramuco rya cyenda, bazajya bahurira mu duce dutandukanye tw’Umujyi wa Kigali", TTS 15_137,Biteganyijwe ko mu kwezi gutaha hazatangira kwifashishwa imbwa mu gupima iki cyorezo., TTS 15_138,Biteganyijwe ko mu mpera z’uku kwezi ibihugu byombi bizahura bikaganira ku mubano wabyo., TTS 15_139,Biteganyijwe ko nyuma yo gutangiza ku rwego rw’igihugu aya matsinda bizakowa mu turere twose tugize iyi Ntara, TTS 15_140,Biteganyijwe ko uru ruganda ruzashyira izi telefoni ahagaragara mu kwezi kwa Nzeri n’Ukwakira, TTS 15_141,"Biteganyijwe ko uzakorera mu turere twose tw’iyi Ntara , hagamijwe gukemura ibibazo byugarije abapfakazi ba Jenoside yakorewe Abatutsi", TTS 15_142,Biteganyijwe ko uzakoreshwa n'abakoreshaga umuhanda uhuza Remera n'u Mujyi, TTS 15_143,"Bitera ababinyoye gukora ibyaha bitandukanye, kandi n'amafaranga abishorwamo aba apfuye ubusa kuko iyo bifashwe birangizwa.""", TTS 15_144,Biterwa n'ibiza n’umwanda uboneka mu dusozi ndatwa two mu karere ka Burera mu Ntara y’Amajyaruguru, TTS 15_145,Biterwa n’uko ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire rikorwa inshuro imwe mu myaka icumi, TTS 15_146,Bitewe n’uko itegeko nshinga ry’u Rwanda ritemera gusezeranya ababana bahuje ibitsina, TTS 15_147,Biteye ikibazo ku bukungu ariko kwinjirayo gisirikare byazambya ibintu noneho iterambere ry’u Rwanda rikadindira, TTS 15_148,Biteye ubwoba iyo urebye imibare y'abarwayi ba kanseri zemejwe mu bitaro biyisuzuma mu Rwanda, TTS 15_149,Bityo Teta akavuga ko nta muntu ugomba guta umwanya ku bidafite icyo bivuze, TTS 15_151,Bityo bose bazamenye izo ngaruka babyigishijwe n'ubwoko bwababajwe bitewe n'iryo vangura, TTS 15_152,Bityo n’icyo gihe uwo mushukanyi yashatse gucengeza muri Kirisitu ibitekerezo bye., TTS 15_153,"Bityo rero ibyifuzo by’abantu cyane cyane abakiri bato, ntibigomba kuburizwamo no guteshwa agaciro.", TTS 15_154,"Bityo rero n’abakenera izindi servisi bazazibona ariko mu gihe bitarakorwa Akarere kazashaka ibisubizo byihuse""", TTS 15_155,Bityo tukitoza kudafata mugenzi wacu nk’umwanzi cyangwa nk’umuntu duhanganye tugomba kwikiza., TTS 15_156,Bivugwa ko Lokuwa Kanza ari we wenyine wanenze alubumu yakoreye Bene Kayiranga ., TTS 15_157,Bivugwa ko Uganda igeze ku rwego rwo kugira utubyiniro tugibwamo n’abifite gusa., TTS 15_158,"Bivugwa ko abazigura zikunda kubapfira ubusa, kuko bazigeza mu rugo bajya kuzirya bagasanga zaraboze.", TTS 15_159,"Bivuze ko mu mikino irindwi y’igikombe cy’Isi, batsinze umukino umwe bakanganya itatu.", TTS 15_160,"Bivuze ko rwagikuyeho rushingiye ku bushake bwarwo , cyangwa se ku zindi mpamvu tutashakira muri aya masezerano", TTS 15_161,"Biyemeje kuzageza ubutumwa bahawe mumiryango yabo , nk'uko Maniragaba ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu murenge wa Shangi abivuga", TTS 15_162,Bizanagaruka k'uko ibintu bimeze muri Sudani y'Epfo mu gihe ibihugu birimo byihuza , TTS 15_163,Bizatuma amahanga amenya ko mu Rwanda hari igikoresho cy’umuziki ntagereranywa kandi utasanga ahandi., TTS 15_164,Bizatwongerera n’amahirwe yo guha abakinnyi bacu ayandi makipe akomeye, TTS 15_165,Bizimana yavuze ko ari ubwa mbere ubutabera bwo mu mahanga buhaye impozamarira abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, TTS 15_166,Bizimungu avuga ko batazava mu isoko ryo ku Muhima ibicuruzwa byabo bikirimo kuko batinya ko byakwibwa, TTS 15_167,Bizimungu yahungiye mu gace ka Gashojwa mu gihe Rwiririza we atuye ahitwa Kiretwa mu Karere ka Isingiro, TTS 15_168,Bobo yamennye idirishya ageze imbere akingura urugi ni uko yinjira mu modoka, TTS 15_169,Bobo yinjiye mu kayira yiyambura umukandara maze ava mu modoka, TTS 15_170,Bobo yinjiye mu rugo atuje uko ashoboye kugira ngo adakangura Mariya n'abana, TTS 15_171,Bokota yagiye yinubira ko ikipe ya Kiyovu Sport itubahirizaga amasezerano., TTS 15_172,Boneza ni umukino ukinwa n'abakinnyi batandatu muri buri gice cy'ikibuga., TTS 15_173,Bongeye kumwandikaho inkuru yamwongereye uburakari maze avuga ko agiye kongera guhangana nabo., TTS 15_174,Bonongo yavuze ko yafashwe mu masaha y’ijoro avuye kubonana n’abamuyobora akayoberwa inzira, TTS 15_175,Bosiko Nsengimana utari wasiganwe kubera uburwayi noneho yari yagarutse mu isiganwa., TTS 15_176,bafashe ingamba nshya zihashya akarengane muri Guma Guma., TTS 15_177, Rusagara na we ashinjwa icyaha cyo gukwirakwiza nkana ibihuha agomesha rubanda anarwangisha ubutegetsi, TTS 15_178,"Melodie yaririmbye nyinshi mu ndirimbo ze, mu muziki w'umwimerere uryoheye amatwi.", TTS 15_179,Bukeye Impala n’Imparage bazijyana i Burasirazuba mu Karere ka Bugesera i Nyamata, TTS 15_180,Buri gihe iyo ndirimba hari ibintu bishya nigira mu muziki wanjye bigateza imbere ubuhanzi bwanjye, TTS 15_181,Buri gihe mu modoka yanjye mba mfitemo imyenda ibiri yo guhindurana , TTS 15_182,Buri gihe ndeba mu kinyamakuru mbere yo gufata ifunguro rya mu gitondo, TTS 15_183,"Buri mpunzi ihabwa imfashanyo igomba kuba yarabaruwe mu buryo bw’ikoranabuhanga, inagaragaza imyirondoro yayo.", TTS 15_184,"Buri munsi asoma Misa, agasenga cyane, akakira abashyitsi bake kandi agasubiza amabaruwa menshi.", TTS 15_186,Buri munsi ukora amakosa amwe kandi mpora ngukosora sinzi impamvu utanyumva, TTS 15_187,Buri muntu ku giti cye niyita ku nshingano ze tuzagira imiryango mizima”., TTS 15_188,Buri mwana arangiza aya amasomo ashobora gucuranga neza ndetse akanahabwa impamyabushobozi, TTS 15_189,Buri nzu izuzura ifite agaciro ka Miliyoni cumi n’ebyiri z’amafaranga y’u Rwanda, TTS 15_190,Buri ruhande ruhakana ibyo rushinjwa ariko rukavuga ko rufite ubushake bwa politiki bwo kunoza umubano, TTS 15_191,Buri wese yageragezaga kwipima bwa nyuma ngo yumve niba hari icyizere cyo gukomeza afite, TTS 15_192,Buriya muri ariya maraporo iyo ufashe umwanya ukicara utahuramo ibintu byinshi., TTS 15_193,"Buriya ingo nyinshi zipfira mu ntangiriro, hahandi umuntu ahitamo umuntu bazabana ndetse n’impamvu bagiye kubana", TTS 15_194,Burya na yo ishobora kukumenyesha ko urwaye impyiko ndetse n’umwijima wawe ukaba udakora neza, TTS 15_195,Burya nabayeho nkubona nk’Igitangaza kuko hari abarota inzozi bakanazikabya., TTS 15_196,agaragara muri aya mashusho nk’umuntu mushya mu myambaro igezweho n’imbyino atamenyereweho, TTS 15_197,Buvuga ko iyi nzu izwi igaragaza amateka y’Abadage mu Rwanda, TTS 15_198,Buzamfasha kwirinda abagabo badushukisha amafaranga bityo sinzatwara inda itateganyijwe., TTS 15_199,Bwagaragaje ko uduce tuzibasirwa cyane ari utwo mu mugabane wa Afurika na Aziya., TTS 15_200,Bwana Munyabagisha yari amaze kubibaza dogiteri Nkiko Nsengimana , TTS 15_201,"yasabye imbabazi, avuga ko yicuza icyatumye akora ibyo bintu.", TTS 15_202,Bwana Mugabe avuga ko yari yagiye I Dubayi ku mpamvu zerekeye umuryango we., TTS 15_203,Bwana Niyonsenga asobanura ko kuruwa ruje y’u Rwanda yabafashije iha abatishoboye amatungo magufi., TTS 15_204,Bwana Nkusi yavuze ko kubona ubwunganizi biri mu burenganzira bw'uwasezerewe mu ngabo witwa Dukuzumuremyi., TTS 15_205,Bwari ubwa mbere kuri benshi babona umuhanzi uririmba ibicurangisho bitanga umudiho mu ndirimbo ari inkweto, TTS 15_206,"Bwari ubwa mbere, umusemburo wa ""Insuline"" ukoreshwa mu kuvura indwara ya diyabete ku muntu.", TTS 15_207,"Bwasabye gukorerwa ubuvugizi abanyeshuri bakabona ibiryamirwa, imyenda n’ibiribwa bihagije.", TTS 15_208,Bwerekanye kandi ibyiza by'uburyo gakondo bwo kwiyakana no kubara hakoreshejwe indangaminsi, TTS 15_209,Bwira abagize umuryango wawe n 'inshuti ko biteganyijwe kuri iyo tariki , TTS 15_210,"Bya bisamagwe na byo bimaze kubona ukuntu ingeragere ibicikiye mu modoka , ntibyakomeje guhiga byahamye aho byumiwe", TTS 15_211,Byaba bibaye bimwe mu dushya two kwandikwa muri icyo kinyamakuru, TTS 15_212,Byabaye ngombwa ko hitabazwa polisi kuko Rurangirwa yavugaga ko irushanwa rigomba kuba, TTS 15_213,Byabaye nyuma y’amakosa ya ba myugariro ba Kiyovu Siporo batavuganye neza n’umunyezamu, TTS 15_214,Byabaye nyuma y’uko amennye amabanga ya Amerika avuga ko itata abantu ku giti cyabo na Leta z’ibindi bihugu, TTS 15_215,Byagaragaye ko abasirikare bashishikariye gutera inkunga iki kigega., TTS 15_216,Byageze aho Rwema aha uwo mukobwa imfunguzo z’ icyumba yari burarermo ngo abe agiye maze aze kumusangamo, TTS 15_217,Byageze aho atangiza ikipe y’umupira igizwe n’abo bana yakuye mu muhanda., TTS 15_218,Byagira izihe ngaruka ku mubano mfitanye na Yehova cyangwa ku mutimanama wange ?, TTS 15_219,Byakabaye byiza umuntu afunzwe mu gihe bigaragaye ko hari ibimenyetso bihagije bimuhamya icyaha., TTS 15_220,Byakomeje gutyo ariko sinzi ukuntu nagize ntya mbona umuzungu w’umukerarugendo wari wambaye ikabutura ahetse urukapu runini ndamukurikira, TTS 15_221,Byakozwe kugira ngo bamamaze ibikorwa by’ikigo kibaga amasura kikayaha uburanga ba nyirayo bifuza kugira, TTS 15_222,Byanyibagije agahinda natewe no kuba imfubyi maze numva ndashaka ko ubuzima busigaye nzabumarana na musaza wanjye, TTS 15_223,Byanyobeye peeee!! mfite umukobwa nkunda byo gupfa ariko sinzi icyo gukora kuko we atanyiyumvamo., TTS 15_224,Byaranshenguye cyane kubona ankorera ibintu nk’inyo kandi azi ko mfite inshuti yitwa joriji, TTS 15_227,"Byari bigoye cyane, ni urugendo rwamvunnye rwanavunnye benshi mu bamfashije ndetse rwavunnye n’igihugu.", TTS 15_228,Byari byinteye ubwoba kuko nari nzi ko muri iyo minsi yari afite intege nke , TTS 15_229,Byari byitezwe ko minisitiri Binagwaho ashobora gusimburwa mbere y’iyi nama y’abaminisitiri yaraye ibaye, TTS 15_230,Byari byiza nyuma ya sa sita z'ijoro ubwo muka data yari ageze mu rugo, TTS 15_231,Byari ibihe biteye ubwoba kuko ntiyumvishaga ukuntu ngiye kuba imfubyi., TTS 15_232,Byari ku bushake bwe ngo yinjire neza mubyo arimo neza, TTS 15_233,Byari kuba biteye isoni kubona umutegetsi wo mu Bayuda yashyikiranye akanasabana n’umwigisha utazwi neza., TTS 15_234,Byari mu rwego rwo kugirango azagaragare muri Filime nshya izasohoka muri Gashyantare, TTS 15_235,Byari mu rwego rwo kurushaho kunoza serivisi bahabwa no kubasobanurira ibijyanye n'izo konti nshya, TTS 15_236,Byavuzwe nyuma y’uko hari bamwe mu baturage bari baguze ubutaka bwagenewe kororerwaho maze bakabuhingamo abandi bakabuturamo., TTS 15_237,Byerekana imibanire iri hagati ya Repubulika y' u Rwanda n'ikigega mpuzamahanga gitsura amajyambere IDA , TTS 15_238,Byibuze mu gishanga ho iyo izuba rivuye uravomera kandi ugasarura ibigori byeze neza, TTS 15_239,Byongeye kandi yanakoze uburiganya mu kubona imfunguzo afungura atabiherewe uruhushya n’inzego zari zarifunze., TTS 16_1,Byukusenge yakinnye inshuro umunani mu mateka ye., TTS 16_2,"Byukusenge atuye mu Kagari ka Sereri, avuga ko yishyujwe amafaranga atazi uko yayita", TTS 16_3,By’umwihariko iyi twasabwe kuyakira tukiri mu myiteguro y’iyabereye i Durubani muri Afurika y’Epfo, TTS 16_4,By’umwihariko kuri uwo munsi ngo azaba afite ubutumwa buteye butyo, TTS 16_5,By’umwihariko ngo akurikirana ibyo Perezida Kagame avuga kandi azi u Rwanda nk’igihugu gifite ubuyobozi bwiza, TTS 16_6,kazabulanka ni umujyi wa kabiri mu bunini muri Maroke nyuma y’umurwa mukuru Rabate., TTS 16_7,katarina n'inshuti ye bari baraye ijoro ryose binywera marijuan., TTS 16_8,karoli basakaga urugo rwe ruherereye mu gace kitwa Naguru bakamuta muri yombi., TTS 16_9,Nkwaya yashimiye abapolisi b’Abanyarwanda bambitswe imidari ku bwitange bagaragaje, TTS 16_10,yavuze ko yeguye kugira ngo yirinde gukurwaho icyizere n’Inteko Ishinga Amategeko, TTS 16_11,karabutoni avuga ko umukinnyi wa filime afataho urugero ari Niyitegeka banakinana muri filime Seburikoko, TTS 16_12,Cyane peee! uko byagenda kose nzabiharanira mu bikorwa nshyizemo imbaraga zanjye zose, TTS 16_13,Cyangwa ngo ugire icyo umutwara kuko ubu menye neza ko unyizera , TTS 16_14,"Cyaraziraga guheza umuntu kubera uko areshya, uko asa n’ibindi nk'ibyo.", TTS 16_15,Cyitabiriwe n’abantu b’ingeri zose biganjemo urubyiruko kandi batashye bagifite inyota yo kuramya., TTS 16_16,Daleri wari umuhuza yabasabye ko buri wese avuga bwa nyuma maze hakamenyekana umwanzuro w’inama, TTS 16_17,Dashimu yiyongereye ku bahanzi basanzwe baririmba muri iyo njyana mu Rwanda, TTS 16_18,Data Sawuli yantoje gusabana n'abandi nkabakunda nkabitaho nkaniyubaha , TTS 16_19,Data azatangira ikiruhuko cy'izabukuru nyuma y' imyaka hafi mirongo itatu amaze akora., TTS 16_20,"Data yabayeho imyaka mirongo urwenda, ntabwo yigeze arya indyo yuzuye ibinure.", TTS 16_21,"Data yahise amubwira ati Niba mudashaka kundinda, nimunsubize iwanjye abe ariho nzagwa maze nabyo arabyanga.", TTS 16_22,Davidi kameroni nawe yumvikanye avuga ko ibyo bihugu byarenzwe na ruswa, TTS 16_23,Dawudi yaje kubona ko nta mpamvu yari afite yo gutinya Imana, TTS 16_24,Depite Bamporiki ni umwe mu bahanzi nyarwanda bifuza iterambere rya Filime binyuze mu kugira ubumenyi nyabwo, TTS 16_25,Depite Bamporiki yasabye abaturage kuba intwari n’intangarugero mu kubaka umuryango n’iterambere ry’Igihugu, TTS 16_26,Depite Begumisa Safari yatanze urugero rw’ahantu abayobozi bashyiraho umunsi wo gukemura ibibazo by’abaturage, TTS 16_27,Depite Kankera ati “Na Bibiliya iravuga ngo umugore afite inshingano zo kubaha umugabo, TTS 16_28,Depite Kayiranga yagejeje ku Nteko rusange raporo ku mushinga w’itegeko rigena ibyaha n’ibihano muri rusange, TTS 16_29,Depite Nyandwi yabaye umukozi mu nzego za Leta kuva kera., TTS 16_30,Dayamondi yabyaranye n’umunyamideri Hamisa Mabeto uri mu bahungabanya Zari bamwotsa igitutu ., TTS 16_31,Diyane ashinjwa kwangisha abaturage ubutegetsi buriho no gukwirakwiza ibihuha , TTS 16_32,yamenyekanye cyane mu ndirimbo yaririmbanye na Bebe kulu., TTS 16_33,ni indirimbo nshya yaririmbyemo., TTS 16_34,"Dogiteri Birungi yibutsa ko hari impfu zitabarwa, muri zo harimo iz’abafata ibiyobyabwenge byinshi cyangwa ibinini basinzira ntibakanguke", TTS 16_35,Dogiteri Nkunda yavuze ko umubare wabo ugenda uhinduka umunsi ku wundi, TTS 16_36,Dola yagize ati ”Ni inshingano zanjye guharanira icyubahiro cya Yezu , TTS 16_37, Turumpu acuruza muri Amerika akanatanga ibiganiro kuri Televiziyo., TTS 16_38,Dore Abakinnyi kuri sitade ya Belo Horizonto mu mikino y'ijonjora ry'igikombe cy'isi., TTS 16_39,"Dore Uwiteka ni we utegeka, azaca inzu nini mo ibyuho naho into ayisenya.", TTS 16_40,Dore bimwe mu byo wakora bigasohora imyanda mu mubiri wawe ndetse n’impyiko zikongera gukora neza, TTS 16_41,Dore ibyakozwe mu rwego rwo kugoboka abibasiwe n’ibyo biza n’ingamba zafashwe mu guhangana nabyo, TTS 16_42,Dore incamake y’ibyaranze inzira y'urukundo rwa Pulatini na Diyane., TTS 16_43,"Dore kikinariho nta cyo cyamaze, cyacyimara ubu umuriro umaze kugitwika kigashya", TTS 16_44,Dore mu mashusho Uburyo Abanyarwanda baba mu Bubiligi bakiranye ubwuzu n’urugwiro Perezida Kagame., TTS 16_45,Dore nawe muri cya gihe zitwikiraga ijoro zigatera u Rwanda muribuka ko hashyizweho za bariyeri zo kuzikumira, TTS 16_46,"Dore ngiye kugukongeza, kandi umuriro wawe uzatwika igiti kibisi cyose", TTS 16_47,Dore tuvuga ko abihanganye ari bo bahirwa! Mbese mwumvise ibyo kwihangana kwa Yobu, TTS 16_48,Habineza yiyamamarije mu murenge wa Kanjongo w’ Akarere ka Nyamasheke hafi y’ ikiyaga cya Kivu, TTS 16_49,Kayondo avuga ko ahanini biterwa n’imyotsi cyane cyane ku bantu batekera mu nzu bakanayiraramo, TTS 16_50,Kayumba yavuze ko kuba abanyamakuru bakennye biterwa n’uko ubukungu bwifashe, TTS 16_51,Mugabo yavuze ko kwiyongera kw’iyi ndwara mu gihugu biterwa no kudakoresha neza inzitiramubu, TTS 16_52,Ndayambaje avuga ko bigoye guhindura abakinywera itabi mu ruhame, TTS 16_53,Nkurunziza avuga ko igomba no kugera mu bigo bisanzwe bikoresha inkwi nyinshi, TTS 16_54,"Rugwizangoga ati :"" ""Porositate"" ishobora kubyimba bidatewe na kanseri, ahubwo bitewe n’ubundi bubyimba"".", TTS 16_55,Dirimu boyizi bo bavuga ko bataririmbye iyi ndirimbo bashaka gushotorana, TTS 16_56,Dufite Kugeza ku munsi w'ejo imibare y'abanduye koronavirusi mu Rwanda, TTS 16_57,Dufitimana yavuze ko imurikagurisha yagiyemo i Dubayi umwaka ushize ryatumye ibikorerwa mu Rwanda bikundwa., TTS 16_58,Dukunze kuvuga ko ukwemera kurangwa n’ibikorwa kandi ko ukwemera kutagira ibikorwa kuba kwarapfuye., TTS 16_59,Dusaba abaturage guhindura bene iyo myumvire kuko urwego bagezeho mu isuku ni rwiza., TTS 16_60,"Dusabeyezu yakomeje agira ati "" Hari imiti bahabwa ifasha mu gukuraho ibyo bimenyetso ", TTS 16_61,Dusengimana yemeza ko kuri manda ya Perezida Kagame aribwo yize kwambara inkweto, TTS 16_62,Dushaka ko ibyo bandika bamenya kubirinda bafashijwe n’inzego zibishinzwe kugira ngo birengerwe binabatunge”, TTS 16_63,Ejo bundi namubajije impamvu atakirwana ansubiza ko nta mbaraga akigira nka mbere, TTS 16_64,Ejo dufite amatora atandatu adutegereje kandi tugomba hose guhatana cyane , TTS 16_65,Ejo hazaza h'u Rwanda hari mu ntoki z'urubyiruko kandi ntabwo rukwiye kwitinya, TTS 16_66,Ejo kuwa mbere Inteko ishinga amategeko yemeje umushinga w’itegeko rigenga imikoreshereze y’intwaro mu Rwanda, TTS 16_67,"Ejo mu gitondo, undi muntu muri Kigali ashobora kwandika ibintu nk'ibyo.", TTS 16_68,"Ejo mwarundurwa n'ubutindi Ubwo mudatunze ya nka y'ubu Bita ""Indyohesha-birayi!""", TTS 16_69,Ejo nari nihaye intego yo gutsinda n'ikipe yanjye iramfasha cyane mbigeraho, TTS 16_70,"Ejo nimugoroba umwe yakuwemo, hasigaramo babiri, nabo mu mwanya ushize bakuwemo ari bazima.", TTS 16_71,"Ejo nyogokuru yaransuye, arankikira n'ubwo ashaje, duhuza urugwiro arampobera turanasenga.", TTS 16_72,Ejo prezida Museveni yavuze ko uwo mwanzuro wafashwe kubera impamvu z’umutekano., TTS 16_73,"Ejo Helena yumvise ijambo sogokuru mu nkuru nto abaza nyina ati: ""Sogokuru ari he?"" bisobanura sekuru.", TTS 16_74, Uwimana yagize ati “Iki kimpoteri batwegereje ni imbogamizi kuko woza amasahani ugasanga yuzuyeho isazi, TTS 16_75,Eliya yari yaratekereje ko ari we wenyine usenga Imana nyakuri muri Isirayeli, TTS 16_76,Ela na we yavuze ko ashaka gukora imibonanompuzabitsina kurusha ibindi byose bibanezeza baherwa muri iyi nzu, TTS 16_77,Ema Korodina yongera gushimangira ko atari ikibazo cy’ubushobozi cyangwa gupfobya abatunganya indirimbo nk’uko byatangiye kuvugwa, TTS 16_78,"Emerita yaravuze ati ”Waba muto cyangwa mukuru nkugiriye inama yo kwifata kuko nagarukiye kure""", TTS 16_79,"Endoneziya ikunze kwibasirwa n'inkubi z'imiyaga, bitewe n'uko iri mu karere kagwiriyemo ibirunga n'imitingito.", TTS 16_80,"Erike, umuririmbyi w’umunyamerika wamenyekanye muri iryo itsinda nibwo yavutse.", TTS 16_81,Sugira aracyashidikanywaho kandi anahabwa amahirwe make n'umutoza., TTS 16_82,Ese byari bikwiye ko Reyo Siporo ihakana gahunda ireba abanyarwanda itanabanje gukora ubugororangingo?, TTS 16_83,Ese hari ibimenyetso byerekana ko Bobo yashoboraga kuba ari wishe Mariya?, TTS 16_84,Ese iki si cyo gihe cyo kurangurura amajwi yacu tukabasaba kureka kureba agatotsi kari mu jisho rya mugenzi wabo?, TTS 16_85,Ese iyo bamaze kwinjira muri pariki bamenya gute aho inyamanswa nk'inkende ziherereye, TTS 16_86,Ese mpemukire Databuja njye ndyamana n’umugore we mu gihe yagiye mu kazi?, TTS 16_87,Ese ni iki cyakwereka ko impyiko zawe zidakora neza cyangwa zamaze kwangirika bikomeye?., TTS 16_88,Ese ubona hari icyo ukwiriye guhindura ? Niba ari ko bimeze izi nama zikurikira zagufasha, TTS 16_89,Ese waba utega amatwi igihe umukobwa utereta arimo kuvuga ndetse ugakora n'ikimenyetso ko wabyumvise nko kuzunguza umutwe?, TTS 16_90,Etiyopiya ivuga ko nta mugambi ifite wo gukoresha amazi y'uruzi rwa Nili mu kuvomera ibihingwa, TTS 16_91,Everina we yagize ati “Nanjye mpawe agaciro kuko nafatwaga nk’indaya mu mategeko kandi dusazanye, TTS 16_92,Evode Imena wafashe isaha irenga yisobanura ku byo akuriranyweho, TTS 16_93,Farawo akuramo impeta ye iriho ikimenyetso ayambika Yozefu amwambika n’imyenda myiza n’umukufi wa zahabu, TTS 16_94,"Feligisi yaravuze ati: ""Nta mugambi mfite wo kurushanwa na data.", TTS 16_96,Fagasoni yakoreye byinshi iyi kipe yahoze atoza harimo n'uruhare yagize mu kuzana uyu umutoza , TTS 16_97,Filime z'urukozasoni zizwi nka porunogarafi zitesha agaciro gahunda y'Imana yo guhuza abantu babiri ngo bakore imibonano mpuzabitsina mu buryo buhoraho., TTS 16_98,Filime ’Umutoma’ ya Kwezi yakinwemo na Bamporiki yerekanwe muri icyo gihugu, TTS 16_99,Fondasiyo Rutayisire igizwe n’umuryango w’uwari umuyobozi w’ivuriro ry’amatungo magufi riherereye ibugesera, TTS 16_100,Habineza avuga ko na we yatunguwe n'amajwi make nk'aya., TTS 16_101,Mihigo ni umujyanama w'abahanzi bagiye kwitabira aya marushanwa, TTS 16_102,"Faranswa Holande yavukiye mu gace ka Rouen, avukira mu muryango uruciriritse ariko wubashywe.", TTS 16_103,faranswa Ngarambe bavuga ko nawe atinyitse nka Jake Nziza ntawapfa kumwima., TTS 16_104,furanke iyo ageze mu Rwanda akenshi araragira akanakama inka, TTS 16_105,faranke ati “Namenye ko u Rwanda ruzitabira aya marushanwa ndi muri kanada, TTS 16_106,uyu muhanzi yaririmbanye n'abana bo muri Uganda., TTS 16_107,Gabore yavuze ko impamvu ituma agumana n’abo bagabo ari uko atigeze areka kuba umukatolika mu mutima we, TTS 16_108,"Gaburira umwana wawe indyo yiganjemo imyunyungugu na vitamine De, umurinde kuzagendera imitego cyangwa kuvunika amagufa", TTS 16_109,Irene Kamanzi ni umuririmbyikazi uzwi cyane mu ndirimbo zihimbaza Imana., TTS 16_110,uyu ni Gacinya Ubanza i bumoso aganira n'abo mu muryango wa Katawuti muri iyi foto, TTS 16_111,Gahemba n’umugore we Nyirangendahimana bahisemo kumwita iryo zina bitewe n’ibyago bari baragize, TTS 16_112,Gahima yavuze ko ikigo kizashaka umunyamategeko uzacyunganira mu kurengera inyungu zacyo., TTS 16_113,Gahunda itahiwe ni ugushinga amatsinda mu bigo by’amashuri yisumbuye atandukanye, TTS 16_114,Gahunda ya Leta yo gushishikariza urubyiruko kwiga imyuga ni nk’umuti wo guhashya ubushomeri mu rubyiruko, TTS 16_115,Gahunda y’ubufatanye yo guhagarika igituntu igamije kurandura burundu iyi ndwara ihitana abantu batatu buri munota, TTS 16_116,Gahunda y’ubwishingizi bw’ubuzima yagize uruhare rufatika muri izi ntambwe zose., TTS 16_117,Gakwaya n' Usabimana bavuze ko gufuha ari ibintu bisanzwe ku bantu bakundana, TTS 16_118,"Gasangwa yagize ati “umuturanyi nibwo yari akimara kumbwira ko habura igihe gitoya bakatwica""", TTS 16_119,Gasengayire yagize ati “Ubutegetsi bushyashya bwaraje butwitaho kimwe n’abandi kuko nta witwaga umutwa wagiraga inka, TTS 16_120,"Gasigwa abonye atonnye naho Muganza atonnye cyane, ishyari riramushengura, akeka ko bazamugabira n’ibyo arimo.", TTS 16_121,Gatete Mukama wo mu karere ka Nyagatare mu ntara y’Iburasirazuba ni umuhinzi ntangarugero., TTS 16_122,Gatete akaba ari we wanatangije iri tsinda mbere y’uko hinjizwamo abandi, TTS 16_123,"Gerageza kubona kimwe mu bintu uwo mwashakanye akora neza, umushimire unamushishikarize kugikomeza.", TTS 16_124,Gicumbi yagerageje gutsinda igitego cy’impozamarira ariko n’amahirwe yari ibonye mu minota ya nyuma umupira ukubita ku giti cy’izamu, TTS 16_125,"Gisele ni izina ry'abakobwa rikomoka ku rurimi rw'Ikidage rikaba risobanura ""Inkota"".", TTS 16_126,Gitifu Akasigwe yavuze ko abishwe bari bafite moto ebyiri basanze zirambitseho umufuka w’ifu y’ibigori, TTS 16_127,Kiwanda yaravuze ati aho kujya mu rusengero cyangwa mu kabari wahagarara ku muhanda ukabara imodoka, TTS 16_128, Nshuti ni umwe mu bakobwa bahataniye ikamba rya nyampinga w'u Rwanda, TTS 16_129,"Gufungura konti kugirango ubashe gukorana nabo, ni ubuntu kandi biroroshye.", TTS 16_130,Guhoberana bituma umuntu yigirira icyizere kuko iyo uwo uhobeye yishimye akakwiyegereza wumva ntacyaguhungabanya, TTS 16_131,"Guhuriza urubyiruko rungana rutya mu bikorwa nk'ibi ntibiba byoroshye, nta nubwo hafashwe amafoto menshi y'urwibutso.", TTS 16_132,"Gukemura ibyo abigaragambya basaba ku bibazo bimwe, bishobora kudacubya uburakari bw'abigaragambya bose.", TTS 16_133,"Gukiranuka kuzaba umushumi akenyeza, kandi umurava uzaba umushumi wo mu rukenyerero rwe", TTS 16_136,Gukora imibonano mpuzabitsina n’uwo mutashakanye bigira ingaruka nyinshi kandi mbi zakwangiza ubuzima bwawe bw’ejo hazaza, TTS 16_137,Gukurikira amazina y’abahanzi bakunda ntibabone ibyo bari biteze byabaca intege nta kabuza., TTS 16_138,we na bagenzi be bivugwa ko bishwe kubera ko bamenye ukuri., TTS 16_139,Gusa abamwishe birakekwa ko ari abantu bari basanzwe baziranye., TTS 16_140,Gusa koko hari abanyapolitiki bavuga ko ngomba kuba ndi umunyagasuzuguro, TTS 16_141,Gusa Umuryango w’Abibumbye uvuga ko uhangayikishijwe ikibazo cy’abasambanya abana n’abagore ku ngufu, TTS 16_142,Gusa hari aho bivugwa ko abaturage bakumirwa mu kubaza ibibazo byabo bityo Perezida ntabimenye, TTS 16_143,Gusa icyo nabasaba n'ubwo nabatsinze bazanshyigikire kugira ngo Musanze ikomeze gutera imbere”., TTS 16_144,Gusa icyo twishimiye kurusha ibindi ni iyo tike kuko tugiye gukaza imyiteguro., TTS 16_145,Gusa iyi gahunda yaje kuyihindura mu gice cya kabiri ubwo yari amaze kwinjiza Nyandwi asimbuye Manishimwe, TTS 16_146,"Gusa ku bushake bw'umucuruzi, ashobora kurenza ku yagenwe n’itegeko.", TTS 16_147,Gusa naje kujya mu ngendo ngarutse ambwira ko natinze akayijyana ahandi ntabizi., TTS 16_148,Gusa nanone ngo abagize uwo mutwe barashyirwa mu majwi., TTS 16_149,Gusa ntibikwiye ko abakunzi bacika intege gutya kuko turacyafite imikino imbere., TTS 16_150,Gusa polisi y’u Rwanda yamaganiye kure aya makuru yise ibihuha, TTS 16_151,Gusa uko byamera kose umuyobozi yavuze ko atari ibyo kwihanganirwa., TTS 16_152,Gusa uru ruzinduko ruzaba Amerika itarahitamo umudemokarates uzaba umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubucuruzi, TTS 16_153,Gusa utabyumva nkanjye ambabarire anyubahire igitekerezo maze nawe ashyire icye ahagaragara., TTS 16_154,Gusa uyu mwirondoro utandukanye n’uwo akiniraho mu ikipe ya kiyovu, TTS 16_155,"Gusa yakomeje agira ati “Ariko ntiturakemura ikibazo cy’abanyarwanda bajya muri Afurika y’Epfo""", TTS 16_156,Gusaba imbabazi uterekana icyo uzisabira ni ukubakira ku kinyoma, TTS 16_157,Gusabana n'abantu biramugora kuko adakunda kuvuga kandi akikubira utuntu twose akanagirira ishyari abavandimwe be, TTS 16_158,"Gushaka inkunga bifasha igihugu mu buryo bw’ iterambere , ubukungu ndetse igihugu cyikazamuka muruhando mpuzamahanga", TTS 16_159,Gushora imari mu burezi ni inkunga ikomeye Kiliziya Gatolika itera umuryango nyarwanda yunganira Leta y’u Rwanda, TTS 16_160,Gushyira ahagaragara ukuri ku byabaye muri Jenoside ni kimwe mu byo Gacaca yari igamije., TTS 16_161,"Gusuzugura abandi rwose si ibintu byanjye; biramutse binambayeho inshuro imwe, nahita njya gusaba penetensiya !", TTS 16_162,Guverineri Bosenibamwe yashimiye igikorwa cyo kwereka abaturage ibyiza bya Pariki, TTS 16_163,Guverineri Bosenibamwe yavuze ko ubukungu bw’igihugu bukwiye gushingira ku bumenyi hifashishijwe ikoranabuhanga, TTS 16_164,Guverineri Mureshyankwano avuga ko abona ababyeyi baratangiye kumva akamaro ko kuboneza urubyaro., TTS 16_165,Guverineri Mureshyankwano atekereza ko atari ngombwa kwifashisha itegeko rihana ababyeyi batita ku bana babo, TTS 16_166,Guverineri Mureshyankwano yabwiye abaturage ko ingamba zafashwe zihutirwa kandi ari iz’igihe kirekire., TTS 16_167,Guverineri arabaza uburyo ayo matafari yatsindiye isoko ryo kubakishwa ayo mashuri , TTS 16_168,Guverineri yasabye ababyeyi b’i Rwinkwavu guha abana uburenganzira ku burezi, TTS 16_169,Guverinoma ya Zimbabwe yemeje ko uyu mugore yamaze kugera mu gihugu cya Zimbabwe, TTS 16_170,Guverinoma yabo imaze igihe ihanganye n’imyigaragambyo y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi, TTS 16_171,Guverinoma y’ u Rwanda yavuze ko ifata ibirego byose byo guhutaza uburenganzira bwa muntu nk’ ibikomeye, TTS 16_172,Guverinoma y’u Bufaransa ivuga ko iri tegeko rishya rigamije kugabanya uburangare mu ishuri, TTS 16_173,Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko nta myenda myinshi ifite nk'uko bamwe babitekereza., TTS 16_174,"Habimana Aloyizi ati “Uyu muhanda waradushimishije kuko utarakorwa habaga icyondo cyinshi tukahanyura twakuyemo inkweto""", TTS 16_175,Habimana yagize ati “Gasigwa ni umwe mu bakinnyi bakundishije Tenisi abantu benshi., TTS 16_176,Habonetse amashusho yerekena ibyo Beni yandikiraga Marina amwita amazina adasanzwe y’urukundo., TTS 16_177,Habonetse impapuro zerekana ko hari gahunda zakozwe kandi zitarashyizwe mu bikorwa Muri icyo kigo , TTS 16_178,"Habyarimana asabwe gucyura Impunzi yivugiyeko u Rwanda ari ruto, ko ahubwo azasaba ibihugu duturanye kwakira impunzi zahunze u Rwanda", TTS 16_179,Hafashijwe umushakashatsi Katayama umunyeshuli muri iryo shuli, TTS 16_181,"Hafunguwe ikigo cy’amahugurwa y’abanyabukorikori mu myuga yo kubaka, kubaza no kudoda", TTS 16_182,Hagaragajwe ibibazo bikurura amakimbirane bishingiye ku kumva nabi ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’abashakanye, TTS 16_183,"Hagataho, ubutegetsi bwa Beyijingi bwavuze ko impande zose zemeranyije gufungura amasoko bihuriraho.", TTS 16_184,Hagati aho bamwe muri bo bemeza ko ibyo biganiro byasubiye inyuma., TTS 16_185,Hageragejwe kenshi gushakira icyo kibazo umuti ariko biba impfagusa., TTS 16_186,"Hagomba kubaho amavugurura, bigaca mu nzira zitandukanye kuko umwana ntavuka ngo ahite yuzura ingobyi", TTS 16_187,Hakizamana yifungiranye mu cyumba cye kandi ntiyemerera uwo ari we wese kukinjiramo, TTS 16_188,Hakorwa ibishoboka byose kugira ngo ibiciro bibungabungwe ku isoko kuko iyo bizamutse bibangamira umuguzi, TTS 16_189,Hakuno ya Nyabarongo hari uBuganza n’uBwanacyambwe naho hakurya ya Nyabarongo hakaba mu Nduga-Marangara-Rukoma, TTS 16_190,Hakurikizwa ingengabihe y’ibikorwa byihutirwa Guverinoma y’u Rwanda ikorera mu buhungiro yari yaragennye, TTS 16_191,Hanagarajwe kandi ibyo Nyampinga azaba asabwa gukora mu gihe yamaze kwegukana ikamba , TTS 16_192,"Hano turahakunda, Abanyarwanda nk’ibisanzwe bagira urukundo kandi batwakirana urugwiro.", TTS 16_193,Hano umukiliya ahamagara kuri iyo terefone y’akazi akavuga uwo ashaka mu izina, TTS 16_194,Hanyuma nza kumusiga aho twaganiriraga mu busitani maze njya kureba ushinzwe gutanga amacumbi., TTS 16_195,Hanyuma se iyo nzu utangira ruswa ingana ityo ifite agaciro kangana iki?, TTS 16_196,Hanzuwe ko ibikoresho byakoreshwaga aho hubakwaga byafatwa bikajyanwa ku Murenge wa Gikundamvura, TTS 16_197,Harafatwa amajwi mu buryo bwumvikana ku buryo buri wese aho yicaye abyumva akanabitekerezaho neza., TTS 16_198,"Harerimana umwe mu batuye i Banda yaravuze ati “twe ingimbi turayarya""", TTS 16_199,"Hari mu ma sa mbiri, ndarizamukana ndyereka abantu ni uko ndarigarura ndaribika.", TTS 16_200,Hari ndetse n’indi kipe y’abakinnyi batoranyijwe, TTS 16_201,Hari ababona ko agiye gushakishiriza imibereho ye ya politiki mu banyarwanda bari mu gihugu, TTS 16_202,Hari abahutu batashinjwe icyaha cya jenoside, TTS 16_203,"Hari abajya gucencura umucanga, abajya mu birombe, ifaranga ryamuryohera, akagenda agiye.", TTS 16_204,Hari abakeka ko u Rwanda rwinjiye muri Commonwealth rwishongora ku Bufaransa, TTS 16_205,Hari abantu bumva umuhanzi bagatangira kumunenga batarumva niba n'icyo aririmba cyubaka cyangwa kitubaka, TTS 16_206,Hari abantu bumva y’uko umukobwa wese ukora umuziki aba ari ikirara., TTS 16_207,Hari abantu nahaye ijambo ry’ibanga rya konti yanjye ubwo nateguraga icyo gitaramo kugira ngo kimenyekane, TTS 17_1,Hari abavuga ko iki gitaramo cyari gikwiye gusubikwa kuko ubwitabire bwari bucye., TTS 17_2,Hari abavuga ko urupfu rwa Ndadaye w’I Burundi ariwe waruteguye akanarushyira mu bikorwa., TTS 17_3,Hari abibaza uko bizagenda mu gihe ufitiye umwenda leta adafite ubwishyu , TTS 17_4,"Hari abicwa kubera ko ari abirabura, abakubitwa, abimwa uburyo butandukanye bwakababeshejeho n’ibindi.", TTS 17_5,"Hari aho aririmba ahakanira umusore urukundo agira ati “ nta nyinya nzigera nkwereka""", TTS 17_6,Hari aho usanga uburyo igihano cyo kwicwa gishyirwa mu bikorwa babwita ubwa kinyamaswa., TTS 17_7,Hari amakuru avuga ko Nizeyimana Ndanda agiye gushyingiranwa na Anita Pendo, TTS 17_8,"Hari amakuru avuga ko bakubitwa, bagakoregwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina, abandi bakicwa.", TTS 17_9,Hari amakuru avuga ko imodoka nshya ari kimwe mu bihembo bihabwa uwegukanye iryo kamba, TTS 17_10,Hari amakuru yagiye yumvikana ko bamwe bagera mu miryango ibakiriye ntibafatwe kimwe n’abandi, TTS 17_11,"Hari bamwe batashoboye kwisobanura , bitewe ahanini n’uburyo indangururamajwi zakoreshwaga zavugaga gahoro", TTS 17_12,Hari benshi bababajwe n’amagambo ari muri iyi ndirimbo imwibasira , TTS 17_13,Hari benshi bashobora kugabanya ikoreshwa rya mudasobwa mu buzima bwabo, TTS 17_14,Hari gihamya ko imihindagurikire y’ikirere igira ingaruka ku muntu yiyongera ubutitsa., TTS 17_15,Hari gihamya n’ibimenyetso ko rimwe na rimwe Boko Haramu yitoreza muri Somaliya ikabona gusubira muri Nigeriya, TTS 17_16,Hari hanateganyijwe guhemba abantu b’indashyikirwa mu byiciro binyuranye bigize imyidagaduro, TTS 17_17,Hari hashize ukwezi kumwe gusa bateranye amagambo kubera umusore bahuriyeho, TTS 17_18,Hari hashyushye numva nshaka akayaga nicara ku ntebe y’urubaho iri ku nkengero za pisine., TTS 17_19,Hari ibikoresho by’isuku byifashishwa n'abagore usanga bikoze mu ipamba cyangwa biriho pulasitike., TTS 17_21,Hari igihe dutegekwa gukora isaranganywa n'uruhande rumwe ariko urundi bakabitubuza., TTS 17_22,Hari igihe Kizito yavaga ku kazi akahansanga akansuhuza akikomereza ntakindi ambwiye., TTS 17_23,Hari igihe nabanzaga nkareka abandi banyeshuri bagataha kugira nanjye nshobore guhaguruka”., TTS 17_24,Hari igihe nashidikanyaga ku muti bashyiraga mu jisho ryanjye ry’iburyo ryari ryaratukuye, TTS 17_25,Hari igihe ryo bendera ryibwe incuro ebyiri mu gihe kitageze no ku kwezi., TTS 17_26,Hari igihe ugarura imashini yagize ikibazo bakakubwira ko wabigizemo uruhare cyangwa ko wayimennyemo amazi, TTS 17_27,Hari ikibazo cy’imyubakire y'inganda n'ibindi idakurikije amategeko inakurura konona amashyamba bikazana isuri , TTS 17_28,"Hari ikintu kitari cyiza duhuriyeho dukeneye kumenya, kuko ntabwo aritwo turere dukennye kurusha utundi.", TTS 17_29,Hari ingero nyinshi z’ibintu bifitanye isano no kurwara kanseri., TTS 17_30,Hari iteka rya Perezida ryemeza burundu ibyemezo ndakuka by' Inama Nkuru y Umuryango, TTS 17_31,Hari izo yakoze ku giti cye n’izo yakoze yifashishije abandi bahanzi., TTS 17_32,"Hari n'ubuhanga bwo kumenyereza igitsina bakinjizamo ibikoresho byabigenewe, bituma kimenyera kwumva ibikinjiramo.", TTS 17_33,Hari n’abajya bibaza ngo ese Leta iratwishyuza kandi leta ari umubyeyi?”., TTS 17_34,Hari n’abandi bihutiye kubitera ntibabyuhire ugasanga byaragwingiye, TTS 17_35,Hari n’abanyeshuri bifuje ko byavanwaho nk’ahandi mu bigo bimwe na bimwe, TTS 17_36,"Hari n’uwamuciriye umugani agira ati: ""Koko burya ngo utinda mu nyama ugacyura amagufa.", TTS 17_37,Hari ubwo bamwe mu bazitwara bafatwa na polisi basinze , TTS 17_38,Hari ubwo gusenga mu rundi rurimi bitugirira akamaro kuruta gusenga mu rurimi rwacu, TTS 17_39,Hari ukurikira imitegurire wavuze ko mu nama nk’iriya ababa bari buvuge akenshi baba bazwi, TTS 17_40,Hari umugabo umwe mu bafashwe ukurikiranyweho icyaha cyo gutegura igitero cy’iterabwoba., TTS 17_41,Hari umuvandimwe wanganirije ibya kera ambwira ko hariho umufilosofe wari umeze nk’umuhanuzi w’Imana, TTS 17_42,Harimo Sefu na Mutsinzinaho ba rutahizamu ni Manishimwe na Bimenyimana , TTS 17_43,"Harimo Ingabire , Mushayidi n'abandi bantu dukunda kandi dufata nk’intwari z’igihugu.", TTS 17_44,"Harimo abishwe ari abakirisitu, abayisilamu n’abatabarirwaga muri ayo madini yombi.", TTS 17_45,"Harimo ibyo kurya nk’imigati, amandazi, amasambusa na capati, ubishaka wese arigurira.", TTS 17_46,"Harimo imiryango itegamiye kuri leta , imiryango ikorera mu baturage n' abakora sosiyete sivili", TTS 17_47,"Harimo ko abagore barenga ibibatandukana bagashyikirana mu bihe bigoye, batanasangiye ubwoko.", TTS 17_48,Harimo umuhungu w'Aburahamu n'umwuzukuru we Loti umuhungu wa Harani na sara, TTS 17_49,Harya ngo Madamu Kajangwe yataye umugabo we bigenze gute ra?, TTS 17_50,Hashize amezi atatu umugore witwa Solange Mukanyandwi w’i Ruhashya nawe yibarutse abana batatu., TTS 17_51,Hashize ibyumweru bibiri hatangiye ibitero byo kwirukana inyeshyamba mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo., TTS 17_52,Hashize ibyumweru bitatu abategetsi b’u Burundi mu ruhando mpuzamahanga bahamagarira abaturage kwigaragambya, TTS 17_53,Hashize igihe abaturage bakangurirwa gukoresha uburyo bwo guteka budakoresha inkwi nyinshi, TTS 17_54,Hashize igihe gito Frank yabonye ibaruwa iturutse ku biro by’ ishami rya Ositaraliya imumenyesha ko yahinduriwe imirimo ., TTS 17_55,Hashize igihe kinini havugwa y’uko kanali izajya yerekana shampiyona y’u Rwanda, TTS 17_56,Hashize iminsi havugwa ifungwa ry’icyo kigo gikorera ku Kacyiru., TTS 17_57,Hashize iminsi hirya no hino mu gihugu havugwa imikorere idahwitse muri gahunda ya Girinka, TTS 17_58,Hashize iminsi umwe mu basore bo muri iryo tsinda aguze imodoka, TTS 17_59,"Hashize iminsi, ibwami bamuha igihango, bamushyira mu bapfumu baragura inkoko n’intama.", TTS 17_60,Hashize imyaka Pawulo atangiye urugendo rwe rwa mbere rwo kuvuga ubutumwa, TTS 17_61,Hashize imyaka irenga makumyabiri u Rwanda rubayemo jenoside yahitanye abantu batagira ingano., TTS 17_62,Hashize imyaka irindwi aba Benebikira bahawe iri shuri ngo baricunge, TTS 17_64,"Hashyizweho ibipimo byerekana ibikenewe mu gushinga amashuri y' incuke , abanza n'ayisumbuye", TTS 17_65,Hasinywe amasezerano hagati ya Leta zunze ubumwe za Amerika na Repubulika ya Hawayi, TTS 17_66,Hasohotse Filime ‘’Unzi Igice’’ igaragaza uko Abanyarwanda bari mu mahanga badatahuka kubera ko bababwira u Rwanda uko rutari, TTS 17_67,Hatabayeho kubikumira bitaraba mwakumva u Rwanda rwabaye nka Somaliya na Kenya., TTS 17_68,"Hatarabaho iyo mpinduka, ngo byose bibe bishya, nta kamaro byaba bifite kuganira nanjye iby’ubutware bwanjye cyangwa umurimo wanzanye", TTS 17_69,Hateganyijwe ko imiryango iza kuba ifunguye Saa kumi n’ebyiri z’umugoroba., TTS 17_70,Hateguwe hanitabirwa umuhango wo kwibuka jenoside yakorewe abatutsi, TTS 17_71,Hateguwe inama y' umutekano y 'Umujyi wa Kigali yigaga kuri icyo bibazo, TTS 17_72,Havugimana Songa avuga ko ngo abasirikare babeshywe ko kuri uwo musozi hari hari inkotanyi zifite imbunda, TTS 17_73,"Havugimana avuga ko yaberetse icyangombwa cy’uko ari umutindi nyakujya , ariko ibitaro bikanga kumurekurira umugore", TTS 17_74,Havuzwe inkuru nyinshi zimwe zifite n'ibimenyetso mu binyamakuru ku byerekeye gucana inyuma kwabo, TTS 17_75,Hazaba hari amatsinda amenyerewe kuririmba no kubyina mu matorero , TTS 17_76,Hazaba kandi hari ibyo kunywa no kurya kuri buri wese uzabyifuza., TTS 17_77,Hazagaragazwa ubufatanye ku mpande zombi mu bijyanye n’ubucuruzi bw’ibikoresho by’ubwubatsi, TTS 17_78,"Hazajya hakorerwa ibitaramo, inkera z’abahizi, kwerekana sinema n’indi myidagaduro ijyanye n’umuco.", TTS 17_79,Hejuru ku ifoto ubona abana barimo bavoma mu iriba ryafukuwe mu kabande., TTS 17_80,Hejuru y’ibyo byaha Adelina Mukangemanyi anashinjwa icyaha cyo kubiba amacakubiri muri rubanda., TTS 17_81,Hemejwe amwe mu mavuriro yigenga mu turere twose tw' Umujyi wa Kigali, TTS 17_82,Jado yabanje kujya gutanga inkwano mu muryango wa Mukaseti ku Kicukiro ahitwa mu Kagarama, TTS 17_83,yasuye noruveje mu kwezi k'ukuboza ayobowe n'urukundo yafashije abavandimwe, TTS 17_84,"Hera ku guhindura ibijya ku isahani yawe, ni ukuvuga ibyo urya.", TTS 17_85,Herekanywe filime hatangwa n'ikiganiro hagamijwe gusobanura no kumenyekanisha uko Jenoside yagenze., TTS 17_86,yavuze ko iterambere rigomba kwubakwa kandi rigasangirwa na bose., TTS 17_87,Hirwa ni mwene Ndungutse na Muzigabanga ariko yarererwaga kwa nyirakuru., TTS 17_88,Hirya no hino Leta irimo iratanga imfashanyo ku bantu basenyewe n’ibiza bitandukanye., TTS 17_89,Hishwe Abatutsi b’i Mwezi muri Karengera n'I Nyamasheke bicirwa ku cyahoze ari Komine Karengera, TTS 17_90,Hose iryo tsinda ndimo rikemura ibibazo cyangwa rigatanga umurongo, TTS 17_91,uru ruganda rwagurishije telefoni za make ku mugabane wa Aziya., TTS 17_92,minani yafatiwe mu mujyi wa Kigali mu ntangiro z’uku kwezi, TTS 17_93,"I Burundi, imvururu, umutekano mucye, imyigaragambyo n’akaduruvayo, bikajije umurego ", TTS 17_94,"yavuze ko aba batoranyijwe bafashwe amashusho barimo baririmba, akazagenderwaho mu gutoranya abahanzi bahagararira u Rwanda.", TTS 17_95,Ibanga ngo ryari umuhate no kwereka abantu ko bamwibeshyeho atari umuswa., TTS 17_96,Ibaruwa yandikiwe Prime insurance nayo ngo ntiyafatwa nk’ikimenyetso gifatika cyatuma ashinjwa guteza imvururu., TTS 17_97,"Ibendera ry’Amerika ryatwitswe, umupolisi arahakomerekera naho bamwe mu bigaragambyaga batabwa muri yombi.", TTS 17_98,Ibi binatera impungenge bamwe mu babyeyi kuko ngo abana babyuka iteka bavuga ko bagiye ku rugerero, TTS 17_99,Ibi bizafasha abantu kubona bwa mbere uko uyu musore yahagarariye u Rwanda., TTS 17_100,Ibi byamaganiwe kure n’abatavuga rumwe na leta n’inama nkuru y’Abepisikopi , TTS 17_101,Ibi byatumye nkenera kubitsa muri banki yisumbuyeho kugira ngo bizamfashe kubona inguzanyo ihagije, TTS 17_102,Ibi n'ubwo twabiganiriyeho ariko tuzagenda tubigarukaho mu zindi ngendo nsigaje gukora kugira ngo nabyo bifatirwe umwanzuro, TTS 17_103,Ibi nabyo byamutera guca inyuma umugore we agateshuka ku isezerano bagiranye , TTS 17_104,Ibi ni bimwe mu bimenyetso bikwereka ko ugiye gutandukana n’uwo mwashakanye., TTS 17_105,"Ibi yabibabwiye mu minsi ishize, dore ko atanatinye no kubahohotera bari mu cyunamo.", TTS 17_106,Ibi Fazo yabitangarije mu kiganiro Sitari Forumu gihita kuri Radiyo ijwi ry'afurika, TTS 17_107,Ibi ahanini bishingirwa ku kuba icyo gihugu cyarigeze kubizeza ko kigiye guhagarika gucura izo ntwaro ariko kikabirengaho, TTS 17_108,"Ibi bibangamira umwana uzateza u Rwanda imbere, uzakorera igihugu, bitavuzwe yazakomeza kurenganywa.", TTS 17_109,Ibi bibaye nyuma y’igihe gito ashinjwe gushaka gusambanya aba bagabo ku ngufu, TTS 17_110,Ibi bibaye nyuma y’urupfu rw’umukobwa wafashwe ku ngufu n’abagabo barindwi muri icyo gihugu bikamuviramo urupfu, TTS 17_111,Ibi bigasuzumwa  hakurikijwe imirongo ngenderwaho y’umwuga w’itagazamakuru., TTS 17_112,Ibi bihugu bivuga ko Uburusiya bwagize uruhare mu iyicwa ry’umutasi wabwo waguye mu Bwongereza, TTS 17_113,Ibi bihugu byanaganiriye ku buryo iyo kompanyi y’indege yatangira ingendo muri Mozambike, TTS 17_114,Ibi bihuye n'ibyatangajwe na Havugimana wigeze kuba umuyobozi w'iri rushanwa, TTS 17_115,Ibi bikaba bivuga ko ikipe ya Misiri yatsinzwe uriya mukino idashaka na gato kongera gutsindwa, TTS 17_116,"Ibi bikajyana n’uburyo bahuza amajwi yabo, bakanavugisha abakunzi babo mu gihe barimo baririmba.", TTS 17_117,Ibi bikombe yegukanye byose ngo ntibimubuza kumwita umwana kuri we., TTS 17_118,Ibi bikorwa abigirira akenshi mu mujyi wa Roma ndetse no mu nkengero zawo., TTS 17_119,Ibi bikorwa byatangiye mu gitondo bisozwa saa cyenda n’igice z’amanywa., TTS 17_120,Ibi bikorwa n'umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye, TTS 17_121,Ibi biri mu rwego rwo kwimura ayo magaraje ibikorwa bya ba nyirayo bidahutajwe., TTS 17_122,Ibi birori byari birimo abagore b’abakinnyi bishimiraga umusaruro w’abagabo babo., TTS 17_123,Ibi birori byakozwe mu buryo bwo kwinjira mu munsi usingizwaho Intwari z’u Rwanda., TTS 17_124,Ibi bisaba isesengura ryimbitse kandi ritabogamye hanyuma ibitekerezo byayobeje Abanyarwanda bigakosorwa., TTS 17_125,Ibi bishobora gutera imyuzure n’inkangu ndetse hari n'aho inkuba zikubita abantu n’amatungo, TTS 17_126,"Ibi bitandukanye n'ibyo muri Nyakanga ubwo abatavuga rumwe na Leta , bavugaga ko nta cyizere bafitiye Museveni", TTS 17_127,Ibi bitaramo bizaba birimo abahanzi basanzwe bazwi mu ndirimbo zo guhimbaza Imana nka Mugabo, TTS 17_128,Ibi bitaramo byombi nta na kimwe yabashije kwitabira ku mpamvu avuga ko zitamuturutseho., TTS 17_129,"Ibi bitaro bya kaminuza, bigomba gutanga urugero rwiza muri byose.", TTS 17_131,Ibi bituma mbere yo kuyanywa bamwe babanza kuyabiza bageze mu ngo mbere yo kuyanywa., TTS 17_132,Ibi bituma utekereza neza kandi ukiyumvisha ko nyuma y’ibibazo ugomba guhindura ndetse ugatangira ubundi buzima, TTS 17_133,Ibi bivuze ko muri rusange umunyasudaniyepfo umwe kuri batanu yahunze intambara., TTS 17_134,Ibi bizagufasha guhindura imyumvire n’imitekerereze nyuma y’amage uzaba warahuye nayo., TTS 17_135,"Ibi bizakorwa binyuze mu ihuriro ry’abana biganjemo abatagira kivurira, batangije mu Gushyingo bashaka ko rizaba ngarukamwaka", TTS 17_136,Ibi bizamini byagaragaje ko inshuti y’uyu muhanzi yazize kubura umwuka., TTS 17_137,Ibi bizashimangirwa n’ingamba nshya zo gutera amashyamba yegeranye nk’uko Mutuyeyezu yabisobanuye., TTS 17_138,Ibi byabaye k'ubuyobozi bw'uwo muperezida kandi hamwe n’igisirikari cye ntibashoboye kubohoza abo bakobwa, TTS 17_139,Ibi byabaye mu mpera z’icyumweru gishize nk’uko iinyamakuru New York Post yabitangaje., TTS 17_140,Ibi byabaye nyuma y’umwaka umwe gusa bashyingiranwe , TTS 17_141,Ibi byabereye mu Mudugudu wa Gabiro mu Kagari ka Buhaza mu Karere ka Rubavu., TTS 17_142,"Ibi byabereye mu birori uyu musore yari yakoresheje, byo gusezera ku busore , ari kumwe n’inshuti ze zo mu bwana", TTS 17_143,Ibi byabereye mu bitaro byo muri Suwede aho uyu mukambwe yagombaga kumubagwa ikibyimba yari afite ku mpyiko, TTS 17_144,Ibi byago byamuhitanye byabereye mu muryango wa Kabungo washakanye na Mukankomayombi, TTS 17_145,Ibi byakongera ireme ry’umuziki bikanagabanya umubare w’ibihangano by’ingwizamurongo mu muziki nyarwanda, TTS 17_146,Ibi byatangaje abanya Gana bari buzuye ibyumba bya sinema baje kureba filime yari yafashwe n’uwo munyamakuru, TTS 17_147,Ibi byatewe n’intambwe u Rwanda rwateye mu myaka ibiri ishize mu gutunganya ibikomoka ku mpu , TTS 17_148,Ibi byatumye Yezu n’umuryango we bahungira mu Misiri nyuma barahunguka., TTS 17_149,Ibi byatumye hahita haduka imyigaragambyo polisi ikoresha amasasu ya pulasitiki mu gutatanya abigarambya., TTS 17_150,Ibi byatumye mu gihugu haba imyigaragambyo yo kwamagana ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abana n’abagore, TTS 17_151,"Ibi byerekana ko ibyo dukora hari aho bigera , kandi bitwongerera imbaraga”.", TTS 17_152,Ibi byiyongeraho ko imyaka yo kwishyura yazamutse ikagera kuri itandatu., TTS 17_153,Ibi byo kumuzengurutsa mu mujyi bitanga isomo ku bajura bakabona ko twabahagurukiye., TTS 17_154,Ibi byose byari imigambi y’umugabekazi Nyirakigeli Murorunkwere nyina wa Rwabugili., TTS 17_155,Ibi byumba byitezweho kuzagabanya amafaranga yatangwaga na Minisiteri y’Uburezi hagurwa imfashanyigisho, TTS 17_156,Ibi hamwe n’ibindi bibazo wibaza ni ikindi kimenyetso gikomeye kubavuga ko Amerika itigeze igera ku kwezi, TTS 17_157,Ibi kandi byajya bituma abakunzi baguma mu mwuka wo kureba umupira w’amaguru, TTS 17_158,Ibi kandi ngo bishobora gufasha inyamanswa runaka cyangwa umuntu kongera kubyara mu gihe byaba byari byarahagaze, TTS 17_159,Ibi kuri twe ni ingirakamaro kuko bizafasha Banki ya Kigali kugeza imari ishoboka ku bashoramari babikeneye, TTS 17_160,Ibi nabyo bikaba bigira uruhare runini mu gutera benshi kubura abagabo ari byo byitwa kugumirwa, TTS 17_161,Ibi ngo byubaka abantu nk’uko nawe byamuhaye ibyiringiro ubwo yari ageze ahakomeye., TTS 17_162,Ibi ngo yabikoze mu buryo bwo guhindura imikorere yari asanganywe., TTS 17_163,Ibi ni ibitangazwa n’abahamya ba Yehova mu kanyamakuru kabo kitwa reveyevu, TTS 17_164,Ibi ni ukubera ukuntu icyo gihugu cyegeranye n'akarere kabonetsemo virusi ya Ebola., TTS 17_165,Ibi nibyo byatumye Perezida Museveni ahita ashyiraho amabwiriza agenga ikoreshwa ry'utwo tudege muri Uganda., TTS 17_166,Ibi n’ibikorwa bya Kinyamanswa bikorwa n’Imbonerakure Nkurunziza asigaye agereranya n’Imana ye., TTS 17_167,Ibi rubanda barabikangukiye kandi byatumye bongera urukundo rw’igihugu no kurengera ibikorwa kuko ari bo baba barabyubatse, TTS 17_168,Ibi yabidutangarije ubwo yatugezagaho amashusho y’indirimbo ye nshya yise Agafirimbi., TTS 17_169,Ibi yabitangaje igihe yasuraga uko imihanda yo ku i Taba mu mujyi wa Huye ikorwa, TTS 17_170,Ibi yabivuze nyuma yo kwakira indahiro z’abaministiri n’abanyamabanga ba Leta bashyizwe muri guverinoma nshya, TTS 17_171,Ibibazo bitarakurikiranwa byatewe n 'uko byashyikirijwe Urwego rw' Umuvunyi mu mpera z' umwaka, TTS 17_172,Ibibazo bishingiye ku bujura bw’ikoranabuhanga si ubwa mbere bivuzwe ku Isi, TTS 17_173,Ibibazo by' ingurane ku butaka bikeneye kunozwa kuko itegeko ribiteganya rirahari ikibazo ntirikurikizwa, TTS 17_174,Ibibazo byihutirwa no kubifatira umwanzuro bisaba ko uwo muntu w'Imana yinginga Uwiteka, TTS 17_175,Ibiganiro bivuga k'ubumwe n' ubwiyunge bigenewe urubyiruko biratangwa mu turere twose, TTS 17_176,Ibiganiro byabo bizibanda ku bibazo byo gutsura umubano hagati y’ibihugu byombi., TTS 17_177,Ibiganiro ni uburyo buteza imbere ubwumvikane , TTS 17_179,Ibigo by’itumanaho byamenyesheje abakiliya babyo uko bashobora kwishyura uwo musoro., TTS 17_180,Ibihangano Gahunga yamuritse birimo ubuhanga mu gutaka no kunoza kandi yabihaye amazina akomeye ku Rwanda nka Nyungwe, TTS 17_181,"Ibihembo bizajya bihambwa abanyamahirwe, bizajya bitangwa rimwe mu byumweru bibiri.", TTS 17_182,Ibihembo abakinnyi bahabwa babikesha ibitego byinshi baba batsinze n’uburyo bafasha amakipe yabo gutwara ibikombe., TTS 17_183,Ibihembo ngarukamwaka byabo byaraye bitangiwe muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika harimo n'umuhanzikazi Rita Ola, TTS 17_184,"Ibihugu bishobora kuguma muri ako kanama gafite icyicaro i Geneve, imyaka itatu yikurikiranya.", TTS 17_185,"Ibihugu bitandukanye birashaka gufata urugero ku Rwanda, ku bijyanye n’iterambere mu by’ubukungu", TTS 17_186,Ibihugu bituranye na Nigeriya byemeye kuzoherezayo ingabo zizayifasha guhangana n’uwo mutwe., TTS 17_187,Ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo mu myaka icumi ishize byaranzwe no gusubira inyuma mu bukungu, TTS 17_188,"Ibihugu nka kanada, Ubutaliyani n'Ubudage ngo byari biri mu byemeye kwakira izo mpunzi.", TTS 17_189,Ibikapu n'inkweto byasigaye mu rusisiro nyuma y'uko abantu birutse basakuza., TTS 17_190,Ibikorwa by’imurikagurisha benshi mu bamurika babyungukiramo abakiriya b’imena bahoraho, TTS 17_191,Ibikorwa by’urugerero biteganijwe mu Rwanda hose bigamije iterambere rusange ry’igihugu nk’uko Umutahira mukuru w’Intore yabivuze, TTS 17_192,Ibikorwaremezo birimo isoko rya kijyambere n’ikigo Nderabuzima byarubatse mu Kagari ka Ruhango, TTS 17_193,Ibindi abahanga batekereza ko bizagerwaho ni inyubako zikomeye, TTS 17_194,"Ibintu byahise bitangira kuzamba, byaragoranye cyane, nacitse intege ku buryo bukomeye", TTS 17_195,"Ibintu byo mu nzu byatangiye gushya , kandi umukozi wo mu rugo yari yabimenyeshejwe.", TTS 17_196,Ibinyamakuru byanditse ko yahitanywe n'indwara y’umutima kubera umubyibuho ukabije yari afite., TTS 17_197,Ibinyamakuru na televiziyo ku isi byavuze ku mateka ye n'injangwe ye, TTS 17_198,Ibinyobwa bibamo gazi nka za fanta cyangwa inzoga zizana ifuro nazo ni mbi ku muntu unyara ku buriri, TTS 17_199,"Ibirego Perezida wa Sena ashinjwa arabihakana, akavuga ko ari ibihimbano bigamije kumuharabika.", TTS 17_200,Ibiro bya perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika byongeye gusaba gushyiraho itegeko rigenga imikoreshereze y'intwaro mu basivile, TTS 17_201,Ibiro by’itora bizafungurwa saa moya za mugitondo bifungwe saa cyenda z’amanywa., TTS 17_202,Ibiro ntaramakuru bitangaza ko abatangabuhamya bavuze ko polisi yarashe amasasu itatanya abigaragambyaga., TTS 17_203,"Ibirori byashojwe no gusangira, gusabana ndetse n’igitaramo cyiganjemo indirimbo n’imbyino nyarwanda.", TTS 17_204,Ibirori byo kwibuka uwo munyamakuru mu ibyumweru bine bishize byabereye i Washingitoni, TTS 17_205,"Ibiryo by'aho biraryoshye kandi birahendutse ariko, aho haherereye ntabwo ari heza.", TTS 17_206,"Ibisakuzo byari umukino wo gutyaza ubwenge, bigafasha umwana gutekereza vuba kandi neza.", TTS 17_207,"Ibishyimbo bitera imisuzi, umuntu aba yumva mu nda harimo imyuka itogota igihe yabiriye", TTS 17_208,Ibisubizo by’ umuganga mukuru w'ibyo bitaro byerekanye ko akeneye ubufasha bwihuse ngo avurwe hakiri kare, TTS 17_209,"Ibitabo bihari byiganjemo ibito birimo inkuru n’amashusho bishimisha abana, bigatuma bakurana umuco wo gusoma", TTS 17_210,Ibitekerezo muri butange ndibubigeze kuri umwe mu nararibonye mu kuvura indwara z’ibitekerezo iwacu mu Rwanda, TTS 17_211,Ibivugwa ko ari ukwemera icyaha byafashwe muri ayo mashushombarankuru ntibiramenyekana., TTS 17_215,"Ibyagezweho ni byinshi, dukwiye kubirinda, ntitwemere ko hagira umwanzi uza kubyangiza", TTS 17_216,"Ibyaha by’abahanuzi baho n’ibicumuro by’abatambyi baho, Basheshe amaraso y’abakiranutsi ni byo byabiteye.", TTS 17_217,Ibyamamare byari byambariye umugeni ni inshuti ze magara , TTS 17_218,Ibyangombwa bigaragaza uko yakoraga ubu bucuruzi bw’intwaro na byo byafashwe ., TTS 17_219,Ibyari ibyishimo hamwe muri Kinshasa byahindutse imyigaragambyo ikomeye yo kwamagana Perezida Kabila., TTS 17_220,Ibyatsi mubona mu mutwe w'uyu mukobwa byamugiyemo ubwo yituraga hasi hafi ya Ngabo, TTS 17_221,Ibyiciro by'ubudehe bishya nibitangira gukoreshwa abanyamuryango ba mituweri bazamenyeshwa impinduka zizaba zabayemo., TTS 17_222,Ibyishimo bye n’umuryango we byongerwa n’umwana wabo w’imfura , TTS 17_223,Ibyiza yakorera abarokotse n’uko abafaransa bakwemera uruhare rwabo muri jenoside »., TTS 17_224,"Ibyiza rero nuko abantu bagerageza kwumva ko buri wese afite uburenganzira bwe bakagerageza kubwubahiriza"".", TTS 17_225,Ibyo bituma amaguru y’uyu mwana ahora ahantu hamwe ku manywa na nijoro., TTS 17_226,Ibyo byagiye bica intege abaririmbyi ariko kubera ishyaka ryo kwamamaza Yezu Kristu bagakomeza uwo murimo, TTS 17_227,Ibyo byatumye bakusanya umusanzu kugira ngo bubake amashuri hafi nk'uko Hakizimfura abivuga, TTS 17_228,"Ibyo ari byo byose iyo ikintu gitekerejweho, kikanashyirwa mu bikorwa kandi ukabona ko kitabiriwe uko byari byitezwe urishima", TTS 17_229,"Ibyo baba badashoboye kuyubakira neza, basaza babo baba babari hafi bari kubibafasha.", TTS 17_230,"Ibyo bihe bigomba kujyana n’indirimbo zifite ubutumwa bwo kwibuka Jenoside, butagira uwo bukomeretsa.", TTS 17_231,Ibyo bikorwa bya gisirikare byombi byamaze igihe cy'umwaka umwe., TTS 17_232,Ibyo birori byari byabereye mu Mujyi uherereye mu majyepfo y’u Bufaransa., TTS 17_233,Ibyo birori byo kuri uyu wa gatanu bizabera kuri sitade ya Muhanga saa tatu za mu gitondo, TTS 17_234,Ibyo bishoboka bite kandi waratangaje ko bakwambuye telefone yawe n’ibyangombwa byawe byose?, TTS 17_235,Ibyo bisobanuye ko atari buri wese urwaye impyiko ubasha kwishyura ayo mafaranga., TTS 17_236,Ibyo bisobanuye ko iki gihugu cyakoze ibikomeye mu kugeza iyo miti ku banduye iyi ndwara, TTS 17_237,Ibyo biti byose byo mu bwoko bwa Gereveriya biteye ku nkengero z’ikiyaga cya Muhazi, TTS 17_238,Ibyo bituma batabasha gukora imyenda igezweho cyangwa intebe nziza n’ibindi bijyanye n’imyuga bize, TTS 17_239,Ibyo bituma ibihumyo bimera kuri wa mugina bitawukwirakwiraho ku buryo bworoshye, TTS 17_240,Ibyo bituma ikije cyose mu muryango adatera hejuru ngo yumve ko byacitse., TTS 17_241,Ibyo bizakorwa muri gahunda yabo yo kwagura ingendo zayo mu karere ka Afurika y’Amajyepfo, TTS 17_242,"Ibyo byamwongereye umurava, ku buryo uwo mwaka yahimbye indirimbo zirenze mirongo itanu.", TTS 17_243,Ibyo byatumaga nuka bityo sinifuze kuva mu nzu kuko abantu bampungaga., TTS 17_244,Ibyo byatumye abaturage bibwira ko abayobozi baba bahawe imyanya batabishoboye, TTS 17_245,Ibyo byose biterwa n’uko umuntu adafata indyo yiganjemo ubutare., TTS 17_246,Ibyo byose n’ibindi ntarondora ni ibyo nungutse kandi numva bizanamfasha, TTS 17_247,Ibyo byose arabihakana akavuga ko yibasiwe kubera impamvu za politiki., TTS 17_248,Ibyo byose byagezweho kubera uruhare rukomeye rw’abajyanama b’ubuzima bigishije abo babyeyi guteka indyo yuzuye., TTS 17_249,"Ibyo dukora byose twubaka igihugu tunishakamo ibisubizo, ntacyo twageraho tudashingiye ku Bunyarwanda.", TTS 17_250,"Ibyo dukora ni ibintu byoroshye cyane, ni ugukora nk’ikipe no kugira intego imwe.", TTS 17_251,Ibyo dukora si ibigamije inyungu gusa kuko tugomba guhindura imibereho mu buryo butatu., TTS 17_252,"Ibyo kandi byabaye no mu mirima yanjye, imyumbati igatangira kubora ikiri ibitoto.", TTS 17_253,Ibyo mbonye ninsubirayo nzamubwira ko hari impinduka ugereranyije n’icyo gihe., TTS 17_254,"Ibyo mwamenye, mwumvise kandi mwemeye bizababera umucamanza kandi ngo uwumvise byinshi azabazwa byinshi.", TTS 17_255,"Ibyo nakubaza ni byinshi keretse duhuye, ariko ni impamo uzisubireho unsure.", TTS 17_256,Ibyo ngo bisa n’ibibatera kwumva babangamiwe kugeza ubwo babirwara., TTS 17_257,Ibyo ngo nibyo byateye akajagari mu nsengero bituma zimwe zifungirwa imiryango, TTS 17_258,Ibyo ntibizoroha kuko iyo kipe igomba kuzakina imikino itandatu mu kwezi kwa mbere., TTS 17_259,Ibyo rero bituma abatuye muri ako gace batagera aho buri wese yumva bimworoheye., TTS 17_260,"Ibyo twabikoze amezi atatu duhita dusaba inguzanyo, banki irayitwemerera ariko tugira ikibazo cy'ingwate.", TTS 17_261,"Ibyo uyu mugore atangaza, ba nyina wabo babyita ibinyoma bikomeye.", TTS 17_262,Ibyo yabivuze yirengagije ko uwari umukunzi we Diane yagaragaje ku mbuga nkoranyambaga ko nubwo batandukanye amukumbuye cyane, TTS 17_263,Ibyumba byacu bigenewe abantu nk’abo kandi bahasanga ibyo bakunda.”, TTS 17_264,Iby’igihugu biri mu maboko y’agatsiko kakibohoje ku buryo abenshi babaye nk’iminyago idafite ijambo iwabo, TTS 17_265,"Iby’urwo rupfu rwa Mukamana abisobanura atya “urupfu rwe rwaradutunguye kuko umunsi yapfuyeho twari twiriranwe mu rugo""", TTS 17_266,Icya kabiri abayobozi bayo mashyaka birirwa baterana cyangwa bajombana ibikwasi hagati yabo., TTS 17_267,Icya kabiri gikwiye kumvikanwaho muri iyo nama ni ifungurwa ry’urubaga rwa politiki n’imfungwa za politiki zose, TTS 17_268,Icya kabiri ni ukwiga ubuhanga bwo kuwuhunika kugirango uzagere ku isoko umeze neza., TTS 17_269,Icya kabiri nyisaba ni uko niba bishoboka indindira ubuzima kuko ntifuza gupfa., TTS 17_270,Icya mbere n’uko ayo masezerano ateganya yuko amatora azakorwa mu mpera z’uyu mwaka, TTS 17_272,"Icyabigaragaje, ni uko batigeze bashaka kwumvikana n’abanyarwanda baje basanga mu gihugu!", TTS 17_273,Icyakora Sena igomba kwemeza burundu niba izamukurikirana mu nkiko mu mpera z’uku kwezi, TTS 17_274,"Icyakora aba bangavu bavuga ko hari icyizere cyo kubaho, n'ubwo babaho ubuzima bugoye.", TTS 17_275,Icyakora ahagaragara ikibazo cyane ni ku bana bo mu cyiciro cya mbere cy’amashuri abanza, TTS 17_276,Icyakora ibyo biganiro byaje kubangamirwa n’imwe mu mitwe yitwaje intwaro y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi, TTS 17_277,"Icyakora icyo tuzi ni uko Yezu niyerekanwa, tuzasa na we kuko tuzamureba uko ari.’", TTS 17_278,Icyakora ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi busanga nta mpamvu zo kugira isoni zo kugura agakingirizo, TTS 17_279,"Icyakora yongeyeho ko nahura na Kimu, ibiganiro byabo ntibigende neza azabivamo akagenda.", TTS 17_280,Icyampa Igitego na Cyuzuzo bagatandukana ngahita mboneraho ngasubirana n’uwo mpoza ku mutima Cyuzuzo, TTS 17_281,Icyayi cya mukaru ni cyiza ku buzima cyinagufasha kurwanya umwuka mubi, TTS 17_282,"Icyayi cy’umwimerere cyiba gifite ibara ry’icyatsi kibisi, ", TTS 17_283,Icyerekezo cy’Imana ni uko umugabo n’umugore baba ari umuntu umwe kandi buzuzanya., TTS 17_284,Icyiciro arimo muri kirakomeye kuko ari kumwe n’ababyinnyi banditse izina muri Afurika., TTS 17_285,Icyiciro cya mbere cy' abitwa Imanzi kirimo intwari nka Gisa Rwigema, TTS 17_286,Icyiciro cya mbere cyanatangiye ni icyo gukora imbanzirizamushinga igaragaza incamake y’umushinga uteganya., TTS 17_287,Icyiciro cya nimugoroba kizajya kiba ari icy’ububyutse kitabirwe n’abantu bose babishaka., TTS 17_288,Icyo U Rwanda ruri cyo uyu munsi ntibyikoze; byaraharaniwe; kandi byashobotse kubera ubufatanye n’ubwuzuzanye bw’inzego, TTS 17_289,Icyo abantu bakumvikanaho ni uko ikosa ryabaye rishobora gukosorwa umuntu atanga indishyi., TTS 17_290,Icyo atari azi ni uko muri Libiya no muri Iraki intwaro nk’izo zari zihari., TTS 17_291,"Icyo cyegeranyo kivuga ko ari uburyo ubutegetsi bwafashwe, bwo kwica abantu bose baketsweko ubujura.", TTS 17_292,Icyo cyuma nticyari gityaye kandi sinashoboraga kugikatisha inyama nuko niyemeza gukoresha icyanjye, TTS 17_293,Icyo gihe Minisiteri yatangaje ko kwimura abarimu byakozwe neza, TTS 17_294,Icyo gihe Abanyamisiri bazamera nk' abagore bahinde umushyitsi kandi bashye ubwoba bitewe n' ukuboko kw'Imana, TTS 17_295,Icyo gihe yari yaherekejwe n’imfura ye yitwa ayivi., TTS 17_296,Icyo gihe Nizo ngo yahise ajyayo akorerayo indirimbo ze., TTS 17_297,"Icyo gihe Uwiteka arambwira, ati Wibarize ibisate by'amabuye, uzamuke umusozi wa sinayi maze nguhe amategeho y’ub’ubwoko.", TTS 17_298,Icyo gihe abantu batandukanye bamuhaye inkwenene kuko umuhigo yari atangaje bumvaga ko utashoboka., TTS 17_299,"Icyo gihe babahishaga mu bihuru ku manywa, nijoro bakabajyana mu nzu bakanabagaburira.", TTS 17_300,"Icyo gihe byarakozwe kuko ababuraniraga abashinjwa bakundaga kwiregura bayihakana, banayipfobya.", TTS 17_301,Icyo gihe ihabwa icyemezo cy’uko yasuzumwe ndetse ari nzima nta kibazo ishobora gutera., TTS 17_302,"Icyo gihe isi yari mu bukonje bukabije,hari mu gihe cy’urubura .", TTS 17_303,Icyo gihe mama yambwiye ko ankunda kandi ko atanyifuriza ikibi., TTS 18_1,Icyo gihe nibwo Poli nawe yahise ashinga itsinda rishya irimo abana bakizamuka., TTS 18_2,Icyo gihe u Rwanda ruzaba rurimo rukina na Etiyopiya ku wa Kane saa kumi n’ebyiri z’umugoroba., TTS 18_3,Icyo gihe yabivugiye mu iserukiramuco ngarukamwaka ribera muri uwo Mujyi , TTS 18_4,Icyo gihe yabwiye ikinyamakuru Izuba Rirashe ko nk’umupasiteri azirikana ko adashobora kubwiriza abantu bashonje ngo bumve, TTS 18_5,"Icyo gihe yagize ati “Ndimo ndasoza umushinga nitayeho, ndandika igitabo kivuga ku buzima bwanjye.", TTS 18_6,Icyo gihe yagize ati “sinigeze nshyigikira ibijyanye no kumanika urutonde rw'abakoze ibyaha kubera uburere nahawe nk’umukirisitu, TTS 18_7,Icyo gihe yashinjaga uwahoze amwungirije gushaka kumuhirika ku butegetsi., TTS 18_8,"Icyo gihe, aya mashusho yakozwe habyinamo abantu bo mu mujyi wa kigali", TTS 18_9,"Icyo giterane kizaba kirimo abahanzi, barimo Uwizeye na Rushimisha, wamenyekanye cyane muri iryo torero akiba mu Rwanda", TTS 18_10,Icyo gitero cyo ku wa gatandatu cyakozwe hakoreshejwe imodoka itwara abarwayi yatezwemo ibisasu, TTS 18_11,"Icyo kibazo nticyihutirwa kuko hari ibindi bikomeye, bigomba kubanza gukemurwa.", TTS 18_12,Icyo kinyamakuru kivuga ko kuva Gadafi yakwicwa Libiya nta mahoro yigeze igira, TTS 18_13,"Icyo nabonye ni uko yahise agenda akiyahuza inzoga, yarangiza akagenda agatyaza umuhoro kuri ponseze", TTS 18_14,Icyo nakizeza abazitabira ni uko Imana izanshoboza nkabagirira akamaro., TTS 18_15,Icyo nasaba abakunzi banjye ni uko bakomeza kumba hafi ngatera imbere., TTS 18_16,Icyo ni ikintu tugomba kuzirikana mu gihe dusuzuma ikibazo cyo kwigomeka kw’abana bari mu gihe cy'ubugimbi, TTS 18_17,Icyo nicyo umukerarugendo yabonye akanagifotora , TTS 18_18,Icyo twifuza gukora muri iyi minsi ni ugushyiraho ibyapa bigaragaza ahantu nyaburanga, TTS 18_19,Icyo udakwiriye kwibagirwa ni iki kugira uzashobore guhangana n' ingorane uzahura na zo., TTS 18_20,Icyo ukwiriye gukora ni uguKomeza gushyikirana n 'inshuti n 'abagize umuryango wawe kandi mukaganira kuri ibyo ibintu, TTS 18_21,Icyogogo cy'uMuvumba cyo ngo kizatunganywa hakorwa urugomero rw’amazi rushobora kugaburira Intara y’i Burasirazuba yose, TTS 18_22,Icyongereza cya Myasiro bagihaye inkwenene ku mbuga nkoranyambaga mu Rwanda, TTS 18_23,Icyumweru cya gatatu cyibanze ku bukangurambaga ku kurwanya ihohoterwa rikorerwa mu miryango, TTS 18_24,Icyumweru cyahariwe ibikorwa bya Polisi gifite insanganyamatsiko igira iti “Duture mu mudugudu utarangwamo icyaha., TTS 18_25,Icyumweru kirashize Zari atandukanye byeruye na Diyamondi , TTS 18_26,Idindiza iterambere ry’igihugu kandi ingaruka zayo zikagera ku baturage muri rusange harimo n’uba yayifatanywe, TTS 18_27,Ifite icyegeranyo gishimishije kirimo ibihangano by'uwo muhanzi, TTS 18_28,Igaragaramo ibyamamare muri sinema ya Amerika nka jeraride wakinnye muri filime zamenyekanye cyane nka Darakula, TTS 18_29,Igenzura riheruka ryatweretse ko tugomba gukurikiranira hafi ibyo byiciro birimo abata ishuli kubera ubukene, TTS 18_30,Igice cya kabiri kiriho imanza z’ikitegererezo zaciwe n’inkiko zo mu Rwanda., TTS 18_31,Igice cya mbere ni ukubaka ibyuma bizavoma gazi biyivana mu kivu, TTS 18_32,Igice kinini cy’aya mashusho cyafatiwe i Nyamirambo , TTS 18_33,Igice kinini cy’umujyi cyigaruriwe n’agatsiko katavuga rumwe n’ubutegetsi, TTS 18_34,"Igihano cyo gufungwa burundu ni cyo kinini cyahawe abaharaniye impinduka mu Misiri, ariko bashobora kukijuririra.", TTS 18_35,Igihano gito ngo cyatuma atoherezwa mu Rwanda kuko ho ngo yakatirwa ikiremereye., TTS 18_36,Igihano yahawe cyateje impagarara ndetse haba imyigaragambyo bamwe bavuga ko yarenganyijwe, TTS 18_37,Igihe cyari gishize Yerobowamu aba mu Misiri gishobora kuba ari cyo cyamwigishije, TTS 18_38,Igihe Ahabu yiteguraga kumanuka umwijima wa ni mugoroba wari utangiye kubudika ku musozi wa Karumeli, TTS 18_39,Igihe Leta igiye gutanga amasoko ijye inareba ko inganda zo mu Rwanda zapiganwe, TTS 18_40,"Igihe abana ba Isiraheli bavanwaga mu misiri, bariye ibya pasika bahagaze, bakenyeye kandi bambaye inkweto,", TTS 18_41,Igihe abanyafurika baharaniraga ubwigenge cyahuriranye n’umwaduko w’imodoka zihendutse bityo ubwikorezi bukozwe n’imodoka butangira kwiganza, TTS 18_42,"Igihe amatsinda yatangazwaga, buri wese yabonaga iri ari itsinda ryoroshye kurusha ayandi", TTS 18_43,Igihe cy'ubukonje bukabije nigeze kubamo ni icyo namaze i Sani furansisiko, TTS 18_44,"Igihe cyarageze baricwa, hari harimo n'abaturutse i Bugesera bahungiye i Kabgayi maze abenshi barahagwa", TTS 18_45,Igihe cyo kubyara kigeze nagiye ku ivuriro bambwira kuzasubirayo mu ntangiriro z’ukwa kane, TTS 18_46,"Igihe cyose n’ahantu hose yerekanaga urukundo yari afitiye umuntu, kandi akamumurikishiriza umucyo w’idini y’ukuri.", TTS 18_47,Igihe cyose utangiye gutekereza k'uwahoze ari umukunzi wawe jya ushaka ikintu kibikwibagiza nko kumva indirimbo, TTS 18_48,Igihe interahamwe zaziraga aho ngaho nari nkizi mbese gahunda zose narazimenyaga., TTS 18_49,Igihe kimwe ngo yigeze kuvuga ati “Iyo Gasaro ataba umukobwa wanjye nari kumutereta”., TTS 18_50,Igihe kinini aba ari mu Bubiligi gusa ubu yaje mu Rwanda kumurika alubumu nshya., TTS 18_51,"Igihe leta n'izo nyeshyamba baboneye ko abaturage batayemeje, bahise bajya mu byo kuyasubiramo.", TTS 18_52,Igihe nahuraga na kazitunga ubwa mbere nari mfite imyaka cumi n'umunani, TTS 18_53,Igihe n’iki ngo mwumve ko ubuvuzi gakondo bufite akamaro mubwongerere agaciro, TTS 18_54,"Igihe se yapfaga, yatekerezaga ko ari wenyine ku isi, nyamara abo bantu bose bari bamuri inyuma", TTS 18_55,Igihe ugiye guhitamo izina tekereza irizorohera abantu kurivuga kuko uko riborohera kurivuga ari nako badapfa kuryibagirwa, TTS 18_56,"Igihe umaze gusobanurira umwana ibyabaye, ni byiza kumuba hafi kuko ashobora kwanga kuryama ngo adasinzira nawe agapfa", TTS 18_57,"Igihe utekereza ko uzi ikintu, ukwiye kubanza kureba mu kindi cyerekezo.", TTS 18_58,"Igihe uyu mukobwa yari amaze kwambikwa impeta, yanditse ku rukuta rwe rwa"" insitagaramu"" agaragaza ko yishimye.", TTS 18_59,Igihembo cy’umushoramari w’indashyikirwa cyatangijwe ku kugira ngo abashoramari bahange udushya, TTS 18_60,"Igihembo gishobora kuba ijambo rishimishije nko kubwira umwana uti “nuko nuko wakoze neza cyane""", TTS 18_61,Igihugu cya Afurika y’Epfo ni cyo kiri ku mwanya wa gatanu., TTS 18_62,Igihugu cya Kongo kimaze imyaka myinshi kirangwamwo imirwano n'umwiryane bishingiye kuri politiki., TTS 18_63,Igihugu cya Lativiya cyatangaje ubwigenge bwacyo nyuma y'uko cyari cyarafashwe n’uburusiya, TTS 18_64,Igihugu cya Uganda kivuga ko cyabaye gihagaritse igikorwa cya gisirikare cyakoreraga muri icyo gihugu, TTS 18_65,"Igihugu cya Uganda nicyo cyonyine gisigaye muri aya majonjora, mu bihugu bigize akarere u Rwanda rurimo", TTS 18_66,Igihugu cyacu cyashoboye kugabanya igitutu cya politiki, TTS 18_67,Igihugu cy’u Bushinwa cyageze ku mwanya wa mbere mu bihugu bikomeye mu bucuruzi ku isi, TTS 18_68,Igihugu cy’u Buyapani cyatangaje ko kigiye gukura ingabo zacyo muri Siberiya, TTS 18_69,Igihugu kizabagira abacakara nzagicira urubanza kandi nyuma y' ibyo bazakivamo bankorere umurimo mutagatifu., TTS 18_70,Igikombe Ali yegukanye cyaherukaga gutwarwa na Esiperanse ariko uyu mwaka amahirwe ntiyayisekeye., TTS 18_71,"Igikoresho cyitwa ""Ekogarafi"" gituma basuzuma ibice binyuranye by’umubiri nk'umwijima, impyiko, uruhago , imyanya ndagagitsina n'ibindi.", TTS 18_72,Igikorwa cya mbere cyo gusimbuza impyiko mu muntu cyarakozwe , TTS 18_73,Igikorwa cyabo cya mbere cyari ukurasa buri wese wari uhagaze kuri kontwari, TTS 18_74,Igikorwa cyo gusaka kirangiye imfungwa zikurikira zasohowe aho ziryama zijya guhatwa ibibazo, TTS 18_75,Igikorwa cyo gutwika aya mahembe y’inzovu kiri bubere muri pariki ya Nairobi kuri uyu wa Gatandatu, TTS 18_76,"Igikurikira ni ugushaka uburyo utwo turemangingo tudakura natwo badufasha gukura, maze imisatsi iturimo nayo ikaboneraho gukura", TTS 18_77,Igishobora kuba muri Kenya ahanini nticyerekeye utsinda amatora ahubwo gishobora kuva ku buryo uwatsinzwe abyifashemo., TTS 18_78,Igisirikare cy'igihugu cyatangiye kohereza indege zitwaye ibyo gufashisha abagize ingorane birimo n'imiti., TTS 18_79,"Igisirikare cya Amerika cyatangaje ko iryo koranabuhanga, rigamije kuburizamo ibitero byagabwa na Koreya ya Ruguru", TTS 18_80,Igisirikare kiravuga ko izo nyeshyamba zashakaga kwihimura kubera ibitero kizigabaho, TTS 18_81,Igisonga cya Kabiri cyabaye Akacu naho igisonga cya mbere kiba Uwase, TTS 18_82,Igisonga cya Kabiri cyabaye Mpogazi naho igisonga cya mbere kiba Kwizera Ndaruhutse., TTS 18_83,Igitego cy’u Rwanda cyatsinzwe na Ndahinduka naho u Burundi butsindirwa na Ntibazonkiza, TTS 18_84,Igitekerezo cyatewe inkunga n'umwanditsi unafotora w'umunya kanada, TTS 18_85,Igitekerezo cyo gushinga inzu y’imideli yakigize nk’umuntu wakundaga kurimba ariko akifuza no kubikorera abandi, TTS 18_86,Igitunguru kandi gikungahaye ku binyabutabire birinda uturemangingo mfatizo tw’umubiri , TTS 18_87,"Igumya gusemeka Ibura uko irambya birayigora , Ishaka ubwihina birayumya:", TTS 18_88,Ijambo ry’uwiteka ni ryo ryaremye ijuru n'isi n'ibirimo byose, TTS 18_89,"Ijambo ‘umuja’ ubwaryo risobanura umugore cyangwa umukobwa uri mu buhake, na ho umugabo yitwa umugaragu.", TTS 18_90,Ijwi rirenga ry' abataka bitotombera ibibera i sodoma n' i gomora ryangezeho, TTS 18_91,Ikaba ari na yo mpamvu akeka ko pasiteri Nyirigira n’umuhungu we bari bahari., TTS 18_92,Ikaba ariyo mpamvu abatavuga rumwe n'ubutegetsi barahiye ko bazakoresha inzira zose zishoboka kugira ngo Kabila ananirwe gutegeka., TTS 18_93,"Iki cyegeranyo kivuga amazina y'abasirikare bakuru batandatu, cyemeza ko bakwiye gushyikirizwa ubucamanza.", TTS 18_94,Iki cyemezo cyafashwe nyuma yo kuganira n'abaturage bo mu Kagali ka Ndoranyi, TTS 18_95,Iki cyemezo kije cyunganira gahunda ya leta yo gufunga ibigo by’imfubyi abana bakarererwa mu miryango, TTS 18_96,Iki gice cyarangiye gutyo kuko nta yindi kipe yongeye kugira igitego itsinda., TTS 18_97,Iki gice cy’indirimbo bahuriyeho bakigezeho kubera indirimbo bakoranye na Ali Kiba., TTS 18_98,"Iki gihembo banita igikombe mu mvugo y’abagitanga, cyitwa ko ari icyo guteza imbere demokarasi n’amahoro", TTS 18_99,Iki gihugu cyongeye kwemererwa kwinjira mu muryango uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza, TTS 18_100,Iki gikapu bagishubije muganga ariko biza kurangira Mugisha agiteruye agita hanze., TTS 18_101,Iki gikorwa ni indi ntambwe mu buzima bwacu nk’ababungabunga umutekano, TTS 18_102,Iki gikorwa cya kinyamaswa kikaba cyarabereye mu kagari ka Matyazo Umurenge wa Ngoma., TTS 18_103,Iki gikorwa cyanabereye mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi., TTS 18_104,Iki gikorwa kigamije gushyiraho gahunda y’ibikwiye kwigwaho kugira ngo amahoro agaruke mu Burundi, TTS 18_105,Iki gikorwa ni cyiza kuko gihindura ubuzima bw’abantu baba batsindiye izi moto., TTS 18_106,Iki gisimba gisa n’ingona ariko kikagira amaguru n’amaboko afite ibinono nk’iby’inka, TTS 18_107,Iki gitabo kirimo utunyamaswa dutandukanye kikanigisha inyuguti z’Ikinyarwanda., TTS 18_108,Iki gitabo kizagirira akamaro abantu bose bashaka kunoza imitekerereze yabo , TTS 18_109,"Iki gitaramo Muyoboke yateguye, ngo nicyo kizerekana niba koko ibyoTuyisenge yavuze yanabikora.", TTS 18_110,Iki gitaramo cyo kumurika alubumu ya Edi Kenzo cyabereye muri Mukono., TTS 18_111,Iki gitaramo cyo muri gereza cyashojwe n’ijambo rya Depite Kaboneka, TTS 18_112,Iki gitaramo giteganyijwe kuzabera muri HotelI nshya iri mu mujyi wa Kigali yitwa Ubumwe Garande Hoteli, TTS 18_113,Iki gitaramo kizatangira sa kumi n’imwe kandi kwinjira bizaba ari amafaranga ibihumbi bitanu, TTS 18_114,Iki giterane kizagaragaramo Intumwa y’Imana Masasu ndetse n’abaririmbyi babarizwa mu itorero rye, TTS 18_115,Iki kibazo cy’imyumvire Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Nyirasafari Esiperanse na we yakigarutseho, TTS 18_116,Iki kibazo kizasubizwa n’umwambaro w’abamotari bazakorera mu mujyi wa Kigali., TTS 18_117,"Iki kibazo nticyatungura abantu, kuba abanyeshuli biga muri kaminuza bakennye birazwi.", TTS 18_118,"Iki kibazo si ubwa mbere kije mu itangazamakuru, kandi nyamara n’ubwo afite ikibazo ntiyajya kuregera itangazamakuru", TTS 18_119,Iki kibuga cy’indege yanditse amateka ku myubakire yacyo idatuma amajwi asohoka., TTS 18_120,Iki kiganiro gishobora guhindura byinshyi bitewe n’uburyo aba bagabo bazabasha gusobanura imigambi yabo ihamye ku Banyamerika, TTS 18_121,Iki kigo cyatashywe nicyo cyonyine mu karere ka Afurika y'iburasirazuba gihinga ubu bwoko bw'ibihumyo, TTS 18_122,Iki kinyamakuru kivuga ko abenshi mu bantu bari mu kabari bari biganjemo abakunzi ba Bobi Wayine, TTS 18_123,Iki kinyamakuru kivuga ko ubutasi bukorwa na twa tudege duto tutagira umupilote, TTS 18_124,Iki kiraro ngo cyakemuye ibibazo byinshi byari byugarije abanyu muri uyu muhanda., TTS 18_125,Iki ni ikimenyetso gikomeye cy’uko mu Rwanda dufite ikibazo cy’ubwiherero rusange, TTS 18_126,Iki nicyo gipimo cyerekana niba abanyarwanda baribohoye cyangwa bakiri mu bwoba., TTS 18_127,Ikibazo Leta isigaranye ni ukumenya uburyo iyo mirimo yabyazwamo amafaranga ashobora gukoreshwa, TTS 18_128,Ikibazo aho kiri ni uko mfite ubukwe mu gihe cya vuba., TTS 18_129,Ikibazo cya kabiri yatomboye cyamubazaga niba hari impano afite itazwi na benshi., TTS 18_130,Ikibazo cyanjye kizwi n’inzego zitandukanye ariko nabuze uwamfasha ngo nsubire mu kazi., TTS 18_131,Ikibazo kiri he ko abo bose Padiri Nahimana ashobora kubageraho bakavugana nyuma bipfira hehe?, TTS 18_132,Ikibazo mfite ni uko amaze kwahukanira i Kigali inshuro ebyiri zose akagaruka atwite., TTS 18_133,"Ikibazo ni uko mugenzi wanjye yanyihakanye, yambwiye gusa ko adashaka gukorana nanjye, nta bindi bisobanuro yampaye.", TTS 18_134,"Ikibazo nifuza kubonera umuti ni ikingiki: ""Tuzahore muri urwo turebana ay’ingwe?""", TTS 18_135,Ikigamijwe mu masezerano Irani izasinyana n’ibihugu bitandatu by’ibihangange ni uguhagarika ikoreshwa ry'ubutare bwa Iraniyumu, TTS 18_136,Ikigaragara ni uko hashobora gutangazwa amakuru yashaje uyamenye akagira ngo ni mashya., TTS 18_137,Ikigo cya Kagorogoro cyahoze ari icya Diyoseze Gatolika ya Byumba muri Paruwasi ya Bungwe, TTS 18_138,Ikigo cy’imisoro n’amahoro cyirishyuza uru ruganda imisoro ingana n'amafaranga miliyari esheshatu , TTS 18_139,Ikigo gishinzwe umupira w'amaguru kw'isi Fifa cyasohoye itangazo rikubiyemo ibyo birego., TTS 18_140,"Ikindi abakiriya bacu bakunda kutubwira, ni uko ari nziza kandi yoroshye kuyikoresha aho waba uri hose", TTS 18_141,Ikindi basabwa ni ugukoresha lisansi cyangwa mazutu itavomewe mu tujerekani cyangwa mu ngunguru., TTS 18_142,Ikindi dutegenya gukora ni ukongera ubushobozi bw'ihuzanzira tunongeramo izindi serivisi nshya., TTS 18_143,Ikindi gitera umwanda ni uko abenshi mu baharwarira baba baturutse mu mirenge ya kure, TTS 18_144,Ikindi kandi Gacinya yashingiragaho asaba urukiko ko rwamurekura akaburana ari hanze ngo n'uko afite ikibazo cy’uburwayi, TTS 18_145,Ikindi kandi kugirango amazi ave ku ruganda ruyatunganya agere mu Murenge wa Rweru bifata iminsi ibiri, TTS 18_146,Ikindi kandi ngo ashobora guhamwa n'icyaha cyo kwitwaza amafaranga arenze umubare yemerewe kwitwaza., TTS 18_147,Ikindi kandi yihutiye kuduhamagara aduha amakuru natwe duhita tubimenyesha inzego z’ubuyobozi., TTS 18_148,Ikindi kandi ni uko ababyeyi benshi badakunze kuganiriza abana babo ibyerekeye ubuzima bw’imyororokere, TTS 18_149,Ikindi kintu umugore akundira umugabo ni uko aba ashobora kuzuza inshingano ze., TTS 18_150,Ikindi kitari kimenyerewe n’ukuntu nta kipe y’Abarabu yarenze amajonjora kandi zarafatwaga nk'izikomeye muri Afurika., TTS 18_151,Ikindi ngo iyi nama ifasha ibihugu guhanahana ubunararibonye mu kurwanya impfu z’abana n’ababyeyi, TTS 18_152,Ikindi ngo ni uko kugeza ubu amabanki atatu yarangije kwishyurwa, TTS 18_153,Ikindi ngo ni ukugabanya imisoro bizorohereza benshi gutangira ibikorwa byabo., TTS 18_155,Ikindi ni uko ari mu bantu bubatse amazu amwe namwe yo gukoreramo ari mu Mujyi wa Kigali, TTS 18_156,Ikindi ni uko bagomba kubahiriza uburenganzira bw’imfungwa bugenwa n’amategeko n'ubwo bayica babizi., TTS 18_157,Ikindi ni uko gutsindwa bidaturuka buri gihe ku munyeshuri nk’uko abenshi babyibwira., TTS 18_158,"Ikindi ni uko hazagera igihe biba itegeko, dusabe ko bazajya bishyura amande.”", TTS 18_159,"Ikindi ni uko inkiko z’ubucuruzi ari nke, bigakerereza imanza cyangwa ntizitabweho vuba, kuko ziba zirimo amafaranga make", TTS 18_160,Ikindi ni uko inzoga zimwe zibyibushya zigatuma uzinywa agira ibicece mu gihe gito., TTS 18_161,"Ikindi no ku mafaranga yishyurwa mu bitaro aragabanuka cyane, bityo urugo ntiruhungabane mu bukungu", TTS 18_162,Ikindi turacyari mu iperereza ngo turebe niba yari afite uruhushya n’ubwishingizi., TTS 18_163,Ikindi umugabo yumve ko agomba kugira umwanya wo kwita ku rugo., TTS 18_164,Ikintera kuririmba indirimbo zihimbaza Imana ni iki? ., TTS 18_165,Ikintu cya mbere cyababereye ingorabahizi ni ukuba Yezu yarapfiriye ikiremwa muntu akagicungura, TTS 18_166,Ikinyamakuru cyaraditse kiti :“Yahungiye i Burundi avuye muri Mozambique atinya gufungwa., TTS 18_167,Ikinyamakuru kivuga ko bikomeje gutya Watsapu yazaba ikoreshwa n'abarenga miliyari mu ntangiriro z’umwaka utaha, TTS 18_168,Ikipe tugiye guhangana nayo turayizi neza ntijya ihindura imikinire n’imyumvire, TTS 18_169,Ikipe yemerewe gukinisha abakinnyi bashya b'andi makipe azaba atari muri iryo rushanwa., TTS 18_170,Ikipe y’abaganga b’inzobere mu ndwara z’umutima bakomeje kumwitaho ngo barebe ko yakongera guhumeka, TTS 18_171,Ikipe y’abatabazi batwoherereje irimo iratwitaho nanjye mbasezeranyije ko nzita kuri abo bana uko nshoboye kose, TTS 18_172,Ikirego cya Dannyeli cyatanzwe n’umujyanama we mu by'amategeko Avenati mu rukiko., TTS 18_173,Ikiruhuko kinini kizwi nka garande vakanse kizajya kiba mu kwezi kwa Nzeli gusa., TTS 18_174,"Ikirunga cya cyongeye kuruka ku cyumweru, kirekura imyotsi n'imiyonga.", TTS 18_175,"Ikoranabuhanga mu Rwanda rigeze ahantu hashimishije, kuko hagaragara impinduka mu buzima bwa buri munsi.", TTS 18_176,Ikoranabuhanga n’Isakazabumenyi Nsengimana ahamya ko mu rwego rw’imari ryavunnye abaturage amaguru, TTS 18_177,Ikoreshwa rya gaze mu guteka rishobora gukemura ibibazo by’ikoreshwa ry'inkwi nyinshi bikanongera isuku, TTS 18_178,Ikoreshwa ry’ikoranabuhanga mu mupira w’amaguru rimaze igihe kinini risabwa na benshi, TTS 18_179,Ikosa rito mu ikoreshwa ryayo rishobora gutuma hangirika ibintu bitagira ingano., TTS 18_180,Imana ikomeza guha salomo ubwenge n 'ubuhanga bwinshi n 'umutima ujijutse, TTS 18_181,Imana imutabare akire abana be baracyamukeneye cyane ko nyina yabamutannye akajya kwirira iraha, TTS 18_182,Imana iyo yemeye ko abakiranutsi bazamura isengesho ntabwo yabima ibyo bayisabye., TTS 18_183,Imana yacu ibahindura abami n 'abatambyi kandi bagategeka isi, TTS 18_184,Imana yakunze Umwana wayo ataremera kutubera impongano ni uko imuduhaho inshungu kuko idukunda, TTS 18_185,Imana yankoreye ibitangaza kuko mu mezi atatu namaze ku gasozi baranjugunye ntacyo nabaye nkaba ndiho kandi nyishimira, TTS 18_186,Imana yararuhutse kuko yari imaze kurema umuntu mu ishusho yayo inamwizeye cyane kuko yari yamweguriye ubutware kuri byose, TTS 18_188,"Imana yatubumburiye ikiganza cyayo cyuje imigisha, iduha ibyiza byinshi bituma tubaho twishimye", TTS 18_189,Imana yavuze rimwe we abyumva kabiri ariko twe Imana ivuga kenshi rimwe na rimwe ntitubyumve, TTS 18_190,Imaze gusohoka abantu banteye imbaraga bambwira ko nkwiriye kubikomeza kuko ndirimba neza., TTS 18_191,Imbaraga zose zo kwigomeka zashyizwe hamwe ngo zirwanye Umwana w’Imana., TTS 18_192,Imbere ye hari hari Imurora na Niyonkuru waje kuvunika agasimburwa na Hakizimana , TTS 18_193,Imbogamizi zishingiye ku iterambere ry’itumanaho harimo no kwiyongera kw’imbuga nkoranyambaga., TTS 18_194,"Imfungwa zakorewe iyicarubozo cyangwa zigakomeretswa zangiwe kwivuza, kandi abenshi bagumishwa ahantu hanuka.", TTS 18_195,"Imidugararo, imirwano n’ubwumvikane buke muri iryo tsinda byari bimaze imyaka irenga umunani.", TTS 18_196,Imigenzo y’abatanga iyi myuka ni nko kunywa umuti urura kurusha igikakarubamba., TTS 18_197,Imihanda yari yuzuye abaturage bari baje kwakira Perezida Kagame ntawabonaga aho akandagira, TTS 18_198,Imikino ya kimwe cya kabiri iteganyijwe mu mpera z’icyumweru cya mbere cy’Ukwakira kuri ubu buryo , TTS 18_199,Imikorere ye yavuzweho kutaba myiza ariko nawe yemeza ko atari miseke igoroye, TTS 18_200,Iminsi umunani imaze gukinwa yaranzwe no kwijujuta kw’abatoza binubira imisifurire mibi., TTS 18_201,Imirambo ya ba nyakwigendera yajyanywe mu bitaro by'I Butaro biherereye mu karere ka Burera gukorerwa isuzuma, TTS 18_202,Imirima yari isanzwe itoshye yaje guhinduka nkumusenyi wotsa wo mu butayu, TTS 18_203,Imirwano yabaye hagati y’abasirikare ba Leta n’umutwe witwaje intwaro utaramenyekana., TTS 18_204,"Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu, ihangayikishijwe no kuba Leta ikoresha imbaraga za gisirikare, kugira ngo ihagarike abigaragambya", TTS 18_205,Imiryango itandukanye irahamagarira abayobozi n’ababifitiye ubushobozi gutabara abatuye muri aka gace., TTS 18_206,Imiryango yazimye ni iyo abantu bayigize bose bishwe ntihasigare n’uwo kubara inkuru., TTS 18_207,Imiryango yombi yandikiye ubuyobozi ivuga ko Nsabimana na Nkundubutatu nta sano ya hafi bafitanye., TTS 18_208,Imitangire y’isoko ryo kubaka hoteli ya Ferwafa yatumye bamwe batabwa muri yombi, TTS 18_209,"Imitima yabo imarwa inyota n’ubuntu bw’Imana, igafunguka kandi ikakira Zuba ryo Gukiranuka", TTS 18_210,"Imitima yacu irakomeretse, ariko tuzi ko iri atari ryo herezo"".", TTS 18_211,"Rangira umuhanzi uzwi muri Alubumu yise ""Iwacu ku Kabeza"" niwe wateguye iki gikorwa", TTS 18_212,Imodoka nini nk’amakamyo zabujijwe kuwunyuramo mu rwego rwo kugira ngo zitawangiza kuko ziba ziremereye cyane, TTS 18_213,Imodoka yari yoroshye kurenza uko twabyibwiraga kuko twageze hano hakiri kare kurusha uko twabiteganyaga, TTS 18_214,Imodoka yuzuye abantu batazwi kandi bitwaje intwaro yaje kuri iki kibuga yihuta batangira kukirasaho, TTS 18_215,"Imodoka za Leta zikoreshwa n’aba bayobozi, abaturage bazihaye akabyiniriro ka“Ikigonderabuzima“", TTS 18_216,Imodoka zimwe zakumiriwe izindi zirambuka uko bisanzwe, TTS 18_217,Impamvu batanga ni uko byaba ari uguhutaza amasezerano mpuzamahanga k’uburenganzira bwa muntu., TTS 18_218,Impamvu bibaye ikibazo ni uko uyu mupasiteri ngo yaba yasohotse mu gihugu, TTS 18_219,Impamvu nta yindi ni uko banki iyo zituzigamiye zitwungukira make cyane kandi zo zatuguriza tukazungukira menshi cyane, TTS 18_220,Impamvu yatumye uwo muyobozi yirukanwa ntitandukanye cyane n’iyabiteye abayobozi b'akarere ka Huye, TTS 18_221,Impande zose uko ari eshatu zashimangiye zimwe mu ngamba zageza abanyarwanda ku butegetsi bubanogeye, TTS 18_222,Impano yo kuvuga indimi nyinshi ntishobora gusimbura iyo kuvuga ijambo ry’ubwenge, TTS 18_223,Impinduka zavuye ku myigaragambyo y'abagore zagize akamaro ku bagore no ku bagabo, TTS 18_224,Impunzi z’Abatutsi zabonye zirembejwe n’ubwo bwicanyi zihitamo gutangira guhungira mu Burundi., TTS 18_225,"Impyisi irarya irangije ibaza Bakame iti : « uhahira he?""", TTS 18_226,"Impyisi na yo uko yakabaye n' inzara, n' ibitotsi, iragumya irihangana", TTS 18_227,Imwe muri izi ntiti zivugwa ni umwarimu muri kaminuza , TTS 18_228,"Imyaka itanu irashize aba bakundana, n'ubwo nta mezi menshi ashize babyemeye.", TTS 18_229,Imyambaro yo kurarana ishobora kuzamo udukoko kubera bukonje cyangwa ku isuku nke tukaba twatera indwara igihe umuntu atayitaho, TTS 18_230,"Imyanya abantu bahagararamo, bategereye imodoka yaratunganijwe, kugira ngo ingendo zitunganywe nta muvundo.", TTS 18_231,"Imyigaragambyo iheruka kuba muri Nzeri umwaka ushize yaguyemo benshi, abandi ibasiga ari inkomere.", TTS 18_232,"Imyigaragambyo nk'iyo yabaye cyane cyane mu migi nka Bukavu, Goma, Lubumbashi, Katanga, Mbandaka na Kinshasa.", TTS 18_233,Imyigaragambyo yabaye mu Cyumweru gishize yatumye habaho guhangana hagati y’abaturage na Polisi, TTS 18_234,Imyigaragambyo y’Abafaransa bashyigikiye Palestina mu kurwanya ibitero bya Isiraheli muri Gaza yabereye mu Mijyi itandukanye yo mu Bufaransa, TTS 18_235,Imyigire y’abana bagitangira ihungabanywa n'inzara kubera ubukene bugaragara mu miryango yabo., TTS 18_236,Imyitozo ngororangingo ituma amaraso atembera neza mu mubiri ndetse ituma n’intanga ziyongera, TTS 18_237,Imyitwarire ye n’uburyo yasubizaga ibibazo by’abanyamakuru byagaragazaga umuyobozi utagifite imbaraga mu kazi, TTS 18_238,Imyotsi iracyazamuka muri icyo kirunga ariko amabuye n’ivu byo ntibikivamo., TTS 19_1,Inama irangiye nimennyeho icyayi ndimo mbitekereza nibagiwe ko mfite igikombe ku munwa., TTS 19_2,"Inama iranoga, inzoga zirengwa; abagabo b’intwali , bashyira nzira batura Nyankwarara mu Muranzi.", TTS 19_3,Inama nabagira ni uko bahanga udushya kandi bagatangira gukorana na ririya soko, TTS 19_4,"Inarijye igomba kwimurwa, ubwibone bugacishwa bugufi, tukamenya ko icyubahiro ari icy’Ubwami bw’Imana.", TTS 19_5,Incimatata avuga ko abaturage batinyaga Barahira kurusha kumwubaha ngo akaba yari azwi nk’umuntu w'ubugome, TTS 19_6,"Indege z'intambara zashushanyije mu kirere idarapo rya Misiri, i Cayiro mu murwa mukuru.", TTS 19_7,Indi mirimo yo mu rugo nyikora nyishimiye ariko iyo nibutse ko ngomba kumesa amakariso numva ncitse intege, TTS 19_8,Indi mpamvu yatuma ureka mbuga nkoranyambaga ni uko zitubaha ubuzima bwawe bwite, TTS 19_9,Indi nkuru wasoma ni uko hagiye guhembwa ababaye indashyikirwa muri Siporo mu Rwanda., TTS 19_10,Indi nkuru yatumye aza ku isonga mu bashakishijwe ni uko yatandukanye n'wo bari barashakanye, TTS 19_11,Indi ntandaro y’iyicwa rye ni uko icyo gitabo cyari cyanditseho izina iryo zina, TTS 19_12,Indirimbo zigize alubumu yanjye bazazumvamo umwimerere wa Kinyarwanda kandi nanjye narazikunze., TTS 19_13,Indwara y'umwijima ya ‘Hepatite se’ ihagaze gute ku Isi no mu Rwanda?., TTS 19_15,Indyo yuzuye igomba guhora mu rugo rwawe mu rwego rwo kwirinda iyi ndwara., TTS 19_16,Indyo yuzuye ituma umubiri wawe wongera kwiyubaka  nyuma y’uko wataye imbaraga igihe wakoresheje ibiyobyabwenge, TTS 19_17,Ingabire Habiba yari yatowe na Uwamahoro Ivona wahahagarariye u Rwanda bwa mbere , TTS 19_18,Ingabo za Isiraheli zabamishemo imyuka iryana mu maso mu gihe bo bateraga amabuye abasirikare, TTS 19_19,Ingabo za Sudani y’Epfo n’iza Leta zunze ubumwe z'Amerika ziri mu butumwa bw’amahoro muri iki gihugu, TTS 19_20,Ingingo yo gukuraho izina ry'ubuhunzi kuri bamwe mu Banyarwanda ntiyafashwe neza mu bihugu byose., TTS 19_21,"Inka yungaga inshuti, uwahemukiye undi mu bintu bikomeye yicaga icyiru cy'inka,", TTS 19_22,Inkambi ya Kiziba ni imwe muri eshanu z’abakongomani ziri mu Rwanda., TTS 19_23,Inkomoko ya Gakwandi yamuteye inkunga yo kumufata no kumutunga, TTS 19_24,Inkubi y’umuyaga yibasiye amajyepfo ya Leta zunze ubumwe za Amerika, TTS 19_25,Inkunga nahawe izamfasha kuko nari maze igihe inzara imereye nabi., TTS 19_26,"Inkuru bifitanye isano ni uko Kapiteni wungirije w’Amavubi, Haruna Niyonzima, yaririmbanye na Je Poli.", TTS 19_27,Inkuru igezweho ubu ni iy'iryo Itsinda n’ubwo ritaririmba umwimerere., TTS 19_28,Inkuru nshya irimo ivugwa kuri Irena Uwoya ni uko ngo ashobora kuba atwite inda ya Jagwari, TTS 19_29,Inkuru ya globalpost yashyizwe mu kinyarwanda na Dusabemungu., TTS 19_30,"Inkuta zazo zirimo inkingi zituma inzu zidahirima, kandi n'ibisenge byazo biraziritse ku buryo bitatwarwa n’umuyaga", TTS 19_31,Insanganyamatsiko iragira iti : “Dushore imari mu kwihaza mu biribwa no guteza imbere icyaro.”, TTS 19_32,"Insanganyamatsiko y’umunsi wahariwe gushimira abasora uyu mwaka ni ""Kwibwiriza gusora, inkingi yo kwigira"".", TTS 19_33,"Insanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti “Dukomeze ubutwari, Twubake u Rwanda twifuza.", TTS 19_34,Insanganyamatsiko y’uyu mwaka ni: “Duhuze umuntu n’ibidukikije ni byo shingiro ry’ubuzima., TTS 19_35,Inseko nziza ni kimwe mu ntwaro abakobwa bifashisha bakurura abagabo bakabiyegereza., TTS 19_36,Insengero zafunzwe zasabwe guhagarika ibikorwa byazo kugeza igihe zizuzuriza ibisabwa., TTS 19_37,Insengero zitegetswe kugira ubwiherero byibura bune n’ahantu hafatirwa amafunguro hasukuye., TTS 19_38,Inshingano yacu nk’abaturage b’abayisilamu ni ukugira uruhare mu gushakira hamwe ibisubizo tutitaye ku byo buri wese yifuza, TTS 19_39,Inshuro nyinshi abantu bakunda ibintu bya huti huti iyo bagiye gukora imibonano mpuzabitsina, TTS 19_40,Inshuro nyinshi twahamagaye ubuyobozi bwayo ntibitabaga kuko ngo babaga bari mu nama., TTS 19_41,Inshuti umwana agendana nazo iyo zifite imico mibi nta nama nziza zimugira uretse kumushora mu bibi , TTS 19_42,Inshuti ya Safi yavuze ko uyu mwenda wa Fabiyola wishyuwe n' Umutesi Parfine bakimara gukundana, TTS 19_43,"Inshyikanya ku mubiri ya Rugema ahica, icumu ryera ikigembe nariteye umuhima kuri Gakirage,", TTS 19_44,Intagondwa z'abayisilamu zagabye igitero muri icyo gihugu mu myaka ya vuba., TTS 19_45,Intambara ntiyatworoheye muri iki gice kubera ko inkotanyi zari zarageze mu ngo hafi zose zihishemo., TTS 19_46,Intambara tuzayirwanira mu Rwanda ni nako bizakomereza kuko ari ho ikibuga kiri., TTS 19_47,Intambara yari ibashyamiranyije yararangiye hasinywa n'amasezerano , TTS 19_48,Intambwe ya mbere ngo ni ukwemera ko ari ikibazo kandi akiyemeza kubicikaho., TTS 19_49,Intego mfite ni ukuba umuhanzi ukomeye kandi ndiyizeye nzabigeraho., TTS 19_50,Intego yabo ngo ni ukubasha gushyira indirimbo nyarwanda nyinshi muri iyi porogaramu, TTS 19_51,Intego yacu kwari ukugira ibyo tubigiraho kurusha gutsinda kuko twari tuzi ko bigoye., TTS 19_52,Inteko Ishinga Amategeko Imitwe yombi yatumaga twumva ko twakoze neza cyane, TTS 19_53,Inteko iburanisha ivuga ko bigaragaza ko korohereza aba bunganizi bitoroshye., TTS 19_54,Interahamwe’ yitwa Nsabimana yaje kumanukana ubuhiri bitaga ntampongano y’umwanzi arongera amusunikira mu ruzi, TTS 19_55,"Intimba inshengura rero, ni uko umwaka ushize aribwo yari yemeye ko tujyana.", TTS 19_56,Intumwa Pawulo atubwira ko yarushaga abandi bakiristu kuvuga indimi nshya zitumvikana., TTS 19_57,Inyandiko yohererejwe Perezida wa kenya igira iti “ Abanyakenya byagizeho ingaruka bazishyuwe, TTS 19_58,Inyinshi mu nimero z’ubutabazi ziba zoroshye cyane ku buryo wazifata mu mutwe., TTS 19_59,Inyinshi muri izi mbunda ngo zigurishwa n’izi nyeshyamba ku banyabyaha., TTS 19_60,Inyombyi irongera irasimbuka ikurikira Sabizeze aho yagiye kuragira. Sabizeze atega amatwi maze aribaza ati”ese iyi nyombyi kuki inkurikira cyane”, TTS 19_61,Inyongwa rye na bagenzi be batandatu ryashyize iherezo ku byaha bashinjwaga, TTS 19_62,Inzego bireba zikwiriye gukomeza kwita ku kurangiza imanza mu buryo bwunga , TTS 19_63,Inzego zishinzwe umutekano zirinze iyi nkambi kugira ngo hataduka indi myigaragambyo , TTS 19_64,Inzego zivugwa mu gufasha ubukungu bw’u Rwanda kuzamuka harimo serivisi z’amabanki n’ibigo by’itumanaho, TTS 19_65,"Inzego z’umutekano nazo zarahagurutse, zibuza abigaragambyaga gukomeza uwo mugambi bari bavuze ko bazakomeza kugeza Nkurunziza yisubiyeho", TTS 19_66,Inzego z’umutekano zitangaza ko zafatiye imodoka yari ipakiye intwaro za gisirikare i Goma, TTS 19_67,"Inzibutso basuye ni urwa Nyanza ya Kicukiro, urwa Ntarama, urwa Nyamata n'urwa Kigali ruri ku Gisozi", TTS 19_68,Inzira Yezu n’ ababyeyi be banyuzemo bahunga Herode igiye kubyazwa umusaro ., TTS 19_69,Inzira nziza iguhanurira ejo hazaza hawe ni wowe uyirema., TTS 19_70,Inzirakarengane esheshatu nizo zamenyekanye harimo na Padiri Niyomugabo wayoboraga iyo Paruwasi wicanywe n’intama ze, TTS 19_71,Inzobere mu bijyanye n’imikorere y’amateleviziyo mu Rwanda zivuga ko ayigenga arimo agenda agwa mu gihombo, TTS 19_72,Inzobere mu by'imibanire Samanta avuga ko igihe hatariho ibiganiro kuri buri kintu hagati y’abakundana bitagenda neza, TTS 19_73,Inzoga zimaze kubashiramo baricaye barigaya maze bariyunga kuko basanzwe bari inshuti., TTS 19_74,Inzoka zo mu nda z’amoko atandukanye ni imwe mu ngaruka ziterwa no kurya ibiryo birimo umwanda, TTS 19_75,Inzovu yo muri Afurika ipima toni zigera kuri zirindwi ni na yo nyamaswa ya mbere ndende, TTS 19_76,"Inzovu zisanzwe uko tuzibwirwa , N'ubwo nyine tutazibonye Nk'enye zaguranywa iriya!""", TTS 19_77,"Inzu yanjye yamezeho ubwatsi bwinshi, ndetse nayijugunyeho n'ibishazashaza byinshi.", TTS 19_78,Inzuki ziba zikurikiranye indabo kuko ari ho zihova., TTS 19_79,Ipfunwe ni ryo rishobora gutuma umugabo ufite igitsina gito adashimisha uwo barimo bakorana imibonano mpuzabitsina, TTS 19_80,Iradiyo imwe yari yavuze ko umukinyi w’imbere yanyoye urumogi mbere yo kwimenyereza, TTS 19_81,Iragaba akomeza avuga ko iyi mpanuka yatewe n’uburangare bw’umushoferi w’umunyatanzania wari utwaye ikamyo, TTS 19_82,Iraguha uhagarariye iryo tsinda avuga ko imyiteguro y’icyo gitaramo irimbanije., TTS 19_83,Irebere nawe hasi videwo y’uburyo uyu musirikari yahannye umukobwa bakundana bigatuma ababibonye batabaza abamukuriye., TTS 19_84,Ireme ry’uburezi ripfira mu tuntu dufitiye ubushobozi ariko tudashaka gukora, TTS 19_85,Irene ukomeje gutsimbarara ku cyemezo cye avuga ko azi neza nyina wamubyaye, TTS 19_86,Iri kosa rikunze kumvikana mu butumwa bwo kwamamaza hano mu Rwanda., TTS 19_87,Iri dini ngo rikunze kuvugwamo ubwumvikane buke bushingiye ku bwoko, TTS 19_88,Iri ni irembo rifungurira abanyamahanga inzira yinjira mu Rwanda; ku kibuga cy'indege mpuzamahanga cy'i Kigali, TTS 19_89,Iri rushanwa ritegurwa na Seminari nto yo ku Karubanda ifatanyije n’abayirerewemo , TTS 19_91,Iri rushanwa rizagira akamaro mu kubaka ubucuruzi buhamye kandi burambye muri Afrika., TTS 19_92,Iri rushanwa ryateguwe na Federasiyo ya Tayikondo ifatanyije n’ Ambasade ya Koreya y’Epfo mu Rwanda, TTS 19_93,Iri siganwa ryitabirwa n’abakinnyi bakomeye hafi ya bose bo kuri uyu mugabane., TTS 19_94,"Iri tegeko rigiye kubahirizwa uko riri, abagurira abazunguzayi n’abazunguzayi ubwabo bahanwe by’intangarugero.", TTS 19_95,Iri tegeko rishyiraho inkomoko y 'imari n' umutungo by' inzego z' ibanze , TTS 19_96,Iri teka rya Minisitiri w 'Intebe ryemerera umuyobozi w' ishami guhagarika akazi mu gihe kitazwi, TTS 19_97,Iri torero niryo Rwirangira yasengeragaho mbere yo kwerekeza muri Amerika., TTS 19_98,Iri tsinda ryamenyekanye mu njyana ya Hipapu bimaze iminsi bivugwa ko rigiye gusenyuka, TTS 19_99,Iri tsinda ryari riyobowe na Kalibata ryanasuye umurima uherereye mu mujyi hagati mu Buholandi, TTS 19_100,Iri yegura rije mu gihe ambasaderi mushya w’u Rwanda mu Bubiligi ari bwo yari agitangira imirimo, TTS 19_101,Irushanwa ryasojwe umukobwa witwa Urwibutso Erika wahize bagenzi be yegukanye ikamba rya Nyampinga w’Ibidukikije., TTS 19_102,Irya mbere ryasinywe muri Mutarama maze riteza imyigaragambyo hirya no hino muri Amerika., TTS 19_103,Iryo koranabuhanga Bralirwa irikoresha kuva ku ruganda kugera ku bakwirakwiza ibinyobwa byayo , TTS 19_104,Iryo shyaka ritangaza ko ryiteguye guhangana n’abavuga ko nta bwisanzure mu bya politiki buba mu Rwanda, TTS 19_105,Iryo shyirahamwe ryavuze ko iyo mikino ntacyo izahindura mu gukwiragiza iyo virusi., TTS 19_106,Iryo zina ryitirirwa iyo inyogosho yose ariko ngo “Akalimpinya” ni kariya karongo kaba gaciyemo., TTS 19_107,Isaku nyejuru ritebutsa rigaragazwa n’akarongo kagufi gatambitse hejuru y’inyajwi , TTS 19_108,Ise ngo niwe watangiye asomya uyu mwana ku nzoga mu rwego rwo kumuhoza igihe arira., TTS 19_109,Isengesho rye Imana yaryumvise mu mpera z’icyumweru gishize apfira imbere y’abakunzi be mu Mujyi wa Abija, TTS 19_110,"Ishami ryo guteza imbere umwiryane, ryari rifite akazi ko gutangaza inkuru mpimbano , zitera Abanyaburayi n’Abanyamerika gusubiranamo", TTS 19_111,Ishimutwa n’iyicwa rya Ambasaderi ryagaragaje ko hakenewe kongerwa umutekano w’abadipolomate, TTS 19_112,Ishobora no guterwa n’ibyo umuntu arya cyangwa anywa bikamwongerera ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina igihe abishakiye, TTS 19_113,Ishuri rya Niyonshuti yahisemo kurishinga aho avuka i Rwamagana., TTS 19_114,Ishyaka ryaratunguranye cyane kuko amakuru yahwihwiswaga mbere y’amatora yagaragazaga ko ritatsinda, TTS 19_115,Isimbi arashimira umugabo we cyane ko yamubaye hafi kuva atwite kugeza uyu munsi yibarutse, TTS 19_116,"Isimbi ntatinya kugaragaza urukundo akunda umugabo we Gakumba , wamwemeye mu gihe we yari yariciriye urubanza", TTS 19_117,Isiraheli nayo ibona u Rwanda nk’igihugu kiyegereye cyane kubera amateka ya jenoside rwanyuzemo, TTS 19_118,Isumayeli´ wo muri Senegali niwe wahanze indirimbo yise’Tajabone’ yamenyekanye cyane muri Afurika, TTS 19_119,"Isumbingabo, Ambasaderi w’u Rwanda muri Koreya yavuze ko ari umwanya wo kwibuka abavukijwe ubuzima", TTS 19_120,Itanga raporo ku mwana mu buryo butanu burimo no kumenya niba yitabiriye ishuri, TTS 19_121,Itangishaka avuga ibyo bitewe n’uko uyu mwaka ikipe yatakaje abakinnyi benshi , TTS 19_122,"Itanura riratangira rigashonga, wacana umuriro ntufatwe, amatafari akazacumbirwa n'imyotsi ntatukure.", TTS 19_123,Itegeko rya mituweli rivuga uko bigenda iyo habayeho ikinyuranyo hagati y’amafaranga yakiriwe n’agomba kwishyurwa, TTS 19_124,Iteme rya Sarajevo ririmo rirubakwa mu Mujyi wa Bariselone muri Esipanye, TTS 19_125,Iterambere mu Rwanda rireberwa mu byiciro byinshi no bintu bishya bigenda bivuka, TTS 19_126,Itsinda ry’abaririmbyi riturutse I Mwanza ryahasesekaye ndetse na wamunyabitangaza bari kumwe, TTS 19_127,Ituma umwuka mwiza utembera neza mu mubiri no ku gitsina., TTS 19_128,Ivuga ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zateguye umwanzuro w’akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano., TTS 19_129,"Iwacu barabyangaga cyane, banaranyamaganye batangiye kunyumva kuri radiyo na televiziyo ariko ndakomeza.", TTS 19_131,"Iyaba abantu babikoreshaga nk’imfashanyigisho, kuko nibwira ko ari ibintu byiza cyane.", TTS 19_132,"Iyambere yavugaga ko Mugisha nta bubasha, nta n’inyungu afite muri urwo rubanza.", TTS 19_133,"Iyamuremye Rejina, Umunyamabanga Nshingwabikorwa waryo avuga ko bishimishije kuba Rutsiro iza ku isonga.", TTS 19_134,Iyamuremye ubarizwa muri Nyarugenge yavuze ko amafaranga yatomboye azayashora mu bucuruzi., TTS 19_135,Iyi Alubumu ye nshya izaba iriho indirimbo imwe y’urukundo yise “Kalendari”, TTS 19_136,Iyi Korari izaririmba indirimbo zayo ziryoheye amatwi mu mbyino zinogeye ijisho., TTS 19_137,Iyi alubumu izagaragaraho indirimbo ziri mu njyana zitandukanye cyane cyane hip hop”., TTS 19_138,Iyi banki y’inzego z’umutekano mu Rwanda ni yo yonyine iha umuntu inguzanyo ku munsi yayisabiyeho, TTS 19_139,Iyi baruwa yagombaga kwandikwa ngo hamaganwe akarengane k’imfungwa zuzuye muri gereza zimazemo imyaka zizira ubusa, TTS 19_140,Iyi filime inagaragaza uburyo aba batinganyi bagiye birukanwa mu miryango yabo, TTS 19_141,Iyi filime igaragaramo umusaza utuye ahitwa i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali, TTS 19_142,"Iyi filime nayikinnyemo ari akazi k'igihe gito, ariko nibimpira nzabigira umwuga, mbe nagaragara no mu zindi.", TTS 19_143,Iyi foto ikaba yagiye hanze inyuze kuri urwo rubuga nkoranyambaga kuri konti ya Shakira, TTS 19_144,Iyi foto yafatiwe i Gatsibo ubwo Kagame yaganirizaga abari baje ku Kabeza., TTS 19_145,"Iyi fumbire ifasha mu mikurire, gushishisha imyumbati no gutuma igiti gishora imyumbati myinshi.", TTS 19_146,Iyi gahunda ngo izakurikirana n’ibindi bikorwa birimo no kugabanya ibiciro bya murandasi, TTS 19_147,Iyi gahunda nshya irareba abantu batandukanye batajyaga bagenrwaho na gahunda z’ubwiteganyirize., TTS 19_148,Iyi gereza isanzwe ifungirwamo abatavuga rumwe na Leta bo mu bwoko bw’aba Oromo baba bafatiwe mu myigaragambyo, TTS 19_149,Iyi hoteli izwi mu Mujyi wa Kigali nk’ahantu abifite bakinira iyo mikino, TTS 19_150,Iyi kamyo imaze gukora impanuka peteroli yamenetse maze inkongi y’ umuriro ikurikiraho., TTS 19_151,Iyi kamyo yamanukanye umuvuduko n’imbaraga byinshi kuko yagendaga itemagura n' ibiti, TTS 19_152,Iyi kipe igomba gutsinda niyo mpamvu hakenewe impinduka nyuma y’imyaka itatu., TTS 19_153,Iyi kipe niyo yatoranyijwe ngo izahure na Mesi na bagenzi be kuko ariyo yegukanye igikombe cya shampiyona uyu mwaka, TTS 19_154,Iyi kipe yaratsinze bikabije iyo byakinaga yitwa Benikalape zombi zo mu mujyi wa Valensiya muri Esipanye, TTS 19_155,Iyi kipe yatunguye benshi itwara igikombe cya shampiyona n'ubwo ikinisha abakinnyi batazwi, TTS 19_156,Iyi mbuto niyo bategerejeho ko izabakura mu gihombo batewe n’iyo ndwara., TTS 19_157,Iyi mbuto nshya iramutse ihinzwe neza kandi ikitabwaho ntitwazongera gutumiza mavuta mu mahanga., TTS 19_158,Iyi mbwa bari bamaze igihe gito bayiciririye kuko ba nyirayo ba mbere bari barayitaye , TTS 19_159,Iyi mbwirwaruhame yari yuzuyemo amateka kandi yibandaga ku bumwe bw’Abanyarwanda, TTS 19_160,Iyi mbwirwaruhame ye yakurikiye umwanzuro aheruka gufata wo guhindura abayobozi b’itsinda rimufasha kwiyamamaza, TTS 19_161,Iyi mfungwa ngo yari imaze ukwezi muri Gereza ya Lugore ivanywe mu Majyepfo ya Uganda, TTS 19_162,Iyi miryango inashyigikiye ko izina rya Odinga riguma ku mpapuro z’itora n'ubwo yivanyemo., TTS 19_163,"Iyi mpanuka yabereye ahitwa Jandira, ku muhanda uhuza Masaka na Kampala.", TTS 19_164,Iyi mpanuka yabereye hafi y’ akarere ka Lwengo abagonzwe bose bahita bapfa., TTS 19_165,"Iyi mvugo yakunze kurakaza ubushinjacyaha, bukavuga ko Munyakazi yakagombye kugaragaza ibyemezo by’inkiko zamukatiye mbere", TTS 19_166,Iyi myigaragambyo yahosheje nyuma y'uko izo mfungwa zirekuwe bivuye mu cyo abenshi bagaragaje nk’igitutu cyashyizwe kuri guverinoma , TTS 19_167,Iyi myigaragambyo imenyerewe mu bihugu byateye imbere mu bijyanye n’uburenganzira bwa muntu!, TTS 19_168,Iyi myigaragambyo yaje ikurikira indi yabaye mu mpera z’umwaka ushize ikagwamo abantu batanu, TTS 19_169,"Iyi myigaragambyo yakurikiranwe n’abanyamakuru benshi, birerekana ko ikibazo cyahagurukiwe kandi kivugwaho cyane.", TTS 19_170,Iyi myigaragambyo yateguwe n’impirimbanyi mu kurengera uburenganzira bw’abagore, TTS 19_171,Iyi myotsi yifashishwa n’abahanzi mu bitaramo bikomeye ikaba itangwa n’izi mashini , TTS 19_172,Iyi na yo ni imwe mu mpamvu zatumye u Rwanda rwihutita gukuraho igihano cyo kwicwa, TTS 19_173,Iyi nama irabera mu nyubako izwi nka iherereye mu Mujyi wa Brusele., TTS 19_174,Iyi nama izibanda ku koroshya ubuhahirane hagati y’ibihugu bya Afurika., TTS 19_175,Iyi nama kandi yanavuze ku kibazo cy’imitwe y’iterabwoba ikomeje kuyogoza akarere n’Isi muri rusange, TTS 19_176,Iyi nama yabereye i Arusha muri Tanzaniya yari irimo na Perezida wa Kenya Mwayi Kibaki, TTS 19_177,Iyi ndege izajya ijya I Harare ibanje kunyura i Lusaka muri Zambiya., TTS 19_178,"Iyi ndirimbo nshya Dupare bishatse kuvuga Twidagadure""  niyo ya mbere asohoye", TTS 19_179,"Iyi ndirimbo ""Najyayo"" ni imwe mu ndirimbo zikunzwe muri iyi minsi.", TTS 19_180,Iyi ndirimbo ari na yo nitiriye alubumu igereranya urugo rwiza n’ijuru rito., TTS 19_181,Iyi ndirimbo bise ifite amajwi yatunganyirijwe muri Kina Muzike iyobowe na Ishimwe kerema, TTS 19_182,Iyi ndirimbo twasubiranyemo nongeye kuyitura abanyarwanda aho baherereye mbasaba kuyibyina, TTS 19_183,Iyi ndirimbo yayikoranye na Piyano wamusanze i Burundi ari naho yari amaze iminsi aba, TTS 19_184,Iyi ndirimbo ye nshya isohotse ikurikira ‘Ijuru rito’ yitiriye Alubumu aherutse kwereka abakunzi be, TTS 19_185,Iyi ndwara yiganje mu bihugu bikennye n'ibikiri mu nzira y’amajyambere., TTS 19_186,"Iyi ni imwe mu mpamvu ruswa n’ibindi bihombya umugabane byahagurukiwe, bikazaganirwaho ", TTS 19_187,Iyi ni nshamake y’ishusho y’ibiba bibereye ku isi mu munota., TTS 19_188,Iyi ni yo mpamvu uru rukingo ruhabwa abana bataragera ku bwangavu., TTS 19_189,Iyi ni yo myanzuro yafatiwe muri iyo nama nk’uko tubikesha radio Salusi, TTS 19_190,Iyi niyo foto ya Senderi na Medi yatumye abafana bamuha urw’amenyo., TTS 19_191,Iyi nka nzayifata neza inkure mu bukene kuko mfite umwana uzayitaho ikatubyarira umusaruro”., TTS 19_192,Iyi nkongi yahise igabanuka ndetse inazima burundu iyi kamyo itangiritseho byinshi, TTS 19_193,Iyi nkuru yagarutsweho cyane n’ibinyamakuru bikomeye , TTS 19_194,"Iyi nkuru ivuga byinshi ku busambanyi bukoreshwa abangavu muri Malawi, baryamana n’umuntu wiswe impyisi.", TTS 19_195,Iyi ntambara yarangiye ingabo zo ku ruhande rwa Kanjogera zitsinze iza Rutalindwa waje kwitwikira mu nzu, TTS 19_196,Iyi ntambara yatangiriye mu bihugu by'I Burayi iza kugera muri Afurika izanywe n’ibihugu byazaga gukoloniza, TTS 19_197,Iyi nyandiko ivuga muri make amakuru amwe namwe tuzaganirira mu nama izabera i Sani furansisiko, TTS 19_198,Iyi nyubako izakorerwamo n’abacuruzi mpuzamahanga barimo abo muri Afurika y’ Epfo bacuruza ibiribwa, TTS 19_199,Iyi nzovu yari yakomeretse cyane yibasiye ibinyabuzima yahuye nabyo mu nzira yayo, TTS 19_200,"Iyi nzu izatuma niteza imbere nindyama ngasinzira neza , nzatekereza neza maze ngire aho nigeza.", TTS 19_201,Iyi nzu yujuje ayifata nk’intambwe ya mbere igaragaza ko ubuzima bwahindutse., TTS 19_202,"Iyi parikingi izaba ifite aho abamotari binjirira, aho basohokera n’ubwugamo.", TTS 19_204,Iyi shampiyona izakinwa no mu bakobwa kuko nabo ikipe yabo y’igihugu yarahagaritswe kugira ngo habanze hategurwe abakinnyi, TTS 19_205,Iyi twumvise bavuga ngo ni imwe mu mpamvu abacamanza bashingiyeho bamukatira gufungwa burundu., TTS 19_206,Iyo habaye Noheli nsanga mama yanzaniye impano akayishyira mu cyumba ndaramo., TTS 19_208,"Iyo abatambyi n’abigishwa basabaga Mariya ko abafasha mu gucyaha Yezu, byamuteraga agahinda;", TTS 19_209,"Iyo abishatse aba indyarya, akifata nkaho muri kumwe , nyamara ibyo umubwira nta cyo bimubwiye cyangwa arimo akunnyega", TTS 19_210,Iyo ahageze ntiyifata nk’umuntu uri mu rusengero kuko ya myitwarire n’imyambarire biba bitangaje, TTS 19_211,Iyo ako kanama kemeje ko umucamanza akatira ushinjwa cyangwa ko ushinjwa agirwa umwere ni ko bigenda., TTS 19_212,Iyo amazi amumaze akanya ku mibiri amugiraho ingaruka yo gupfuruta cyangwa uruhu rwe rukangirika, TTS 19_213,"Iyo arakaye ntumenya ko ariwe wari usanzwe uzi , kandi uburakari bumushiramo biragoranye", TTS 19_214,Iyo aririmba asobanura incamake ya buri ndirimbo kandi agashimangira ko akora umuziki wigisha, TTS 19_215,Iyo asezerewe muri njyanama aba avuye no ku buyobozi kuko Meya ava muri njyanama., TTS 19_216,"Iyo bagiye guhana ikosa , abakinnyi baba bacungana kugira ngo hatagira uwiba undi umugono", TTS 19_217,"Iyo baruwa yari irimo icyegeranyo kivuga ku mbaraga za Bwana Turampu, byavugwaga ko zitangaje", TTS 19_218,Iyo basanze bombi badashobora kubona urubyaro ni bwo babatera intanga, TTS 19_219,Iyo bigenze bityo nibwo mwumva abaturage bajya mu itangazamakuru bakavuga ko rwiyemezamirimo yabambuye., TTS 19_220,Iyo bigenze gutya si uko mba ntagukunze ahubwo ni uko utaba wujuje ibisabwa, TTS 19_221,Iyo bukeye baraza bakambyutsa ngo njye ku ishuri nk’abandi bose, TTS 19_222,Iyo byageraga ninjoro nageragezaga gutunganya aho ndyama kandi shenge ba bana bakamba hafi, TTS 19_223,"Iyo gerenade yari irambitse hejuru y’uwo musarane bubakaga, nyuma yo kuyivanwa mu gitambaro yari ipfunyitsemo", TTS 19_224,"Iyo hari isuku, abantu bafite ubuzima bwiza tuba twumva umutekano wubahirijwe.", TTS 19_225,Iyo kamyo yamanukaga iturutse i Nyanza ya Kicukiro maze ibura feri., TTS 19_226,Iyo kamyo yari irimo iyo mirambo yari ifite nimero ziranga imodoka zo muri Hongiriya, TTS 19_227,Iyo kipe yo mu karere ka Rubavu niyo yegukanye iryo rushanwa, TTS 19_228,Iyo kipe niyo imaze kwegukana iki gikombe inshuro umunani zose., TTS 19_231,Iyo mikino yifashishije imbyino nk’izi igamije kwerekana ko umugore nawe ashobora kubyina bikamubyarira umusaruro, TTS 19_232,"Iyo mivumo ntaho uzayihungira, hamwe n'abo bicanyi musangiye umwuga mubi !", TTS 19_233,Iyo modoka ikorera muri koperative iba ifite amategeko ayigenga kandi igomba gukurikiza., TTS 19_234,Iyo mpanuka yahitanye abiganjemo abanyeshuri bo kuri iryo shuri nk’ uko Leta y’iki gihugu ibitangaza, TTS 19_235,Iyo mpeta ikoze mu ibuye rinini rya safire rikikijwe na diyama, TTS 19_236,Iyo mpuzamiryango mu kiganiro iherutse kugirana n’abanyamakuru yasabye Leta y’u Rwanda gukurikirana Niyibikora, TTS 19_237,Iyo mundya akara nkamenya ko mwabigennye ukundi cyangwa hari andi mabwiriza mashya ntacyo byari bubatware., TTS 19_238,Iyo mvugo ikigisha uyibwiwe uko akwiye kwifata no kugena ibintu n'ibindi., TTS 19_239,Iyo myigaragambyo ni cyo gikorwa kigaragara Odinga yakoze kuva icyo gihe cyose., TTS 19_240,Iyo myigaragambyo yabereye mu mujyi wa Buwake no mu murwa mukuru w’ ubucuruzi Abija., TTS 19_241,Iyo myigaragambyo yatangijwe ku bukangurambaga bw’imiryango icumi iharanira uburenganzira bwa muntu muri icyo gihugu, TTS 19_242,Iyo myigaragambyo yitabiriwe n’abantu benshi barimo n'abagenda ku magare ya siporo, TTS 20_1,"Iyo nakoze inkweto zikagurishwa biranshimisha, numva nindangiza kuwiga nkabona ubushobozi nzashinga ahantu hanjye ho gukorera", TTS 20_2,Iyo nama ni iyo gutegura izateranira ahitwa I Vankuva muri kanada mu Kwezi k’Ugushyingo uyu mwaka, TTS 20_3,"Iyo nama yabereye mu kagari ka Busetsa, ko mu murenge wa Kageyo.", TTS 20_4,"Iyo nama yamenyeshejwe ko muri uku kwezi , muri rusange , ibibazo by’umutekano mu Mujyi wa Kigali byagabanyutse", TTS 20_5,"Iyo ndirimbo bayihinduye bayikuye ku ndirimbo ihimbaza Imana ivuga ngo “Nta ntambara yantera ubwoba""", TTS 20_6,"Iyo ndirimbo yari yayise "" Indi ntambwe ya demokarasi n’iterambere"".", TTS 20_7,"Iyo ndirimbo yumvikanamo amagambo aherekeza injyana, agenda agarukamo kenshi Sine asa n’uniha", TTS 20_10,Iyo nkera yakurikirwaga no kuremera amashyo umusore warongoye byakorwaga na Se, TTS 20_11,Iyo nkumbuye abana njya kubasura nkanatanga amafaranga yo kubatunga ariko numva nararuhutse pe !”., TTS 20_12,"Iyo nkuru y’incamugongo yayimenye abyutse , akabona habaye impinduka kuri gahunda y’umukunzi we", TTS 20_13,Iyo nsubije amaso inyuma numva nari nkeneye umuntu wo kwizerwa nabwira ibindi ku mutima., TTS 20_14,Iyo nyubako yaguzwe na Karemera ku mafaranga agera kuri miliyari zirindwi., TTS 20_15,Iyo nzira y’umusaraba yatangiye sa tatu n’igice za mu gitondo irangira saa munani n’igice, TTS 20_16,Iyo nzu yaguzwe n'iyo banki ntabwo yigeze igurwa n’undi muntu uwo ari we wese, TTS 20_17,Iyo nzu yahinduwe nyuma y’uko Umujyi wa Kigali wari ukeneye ahantu hamurikirwa amateka y’ubugeni n’ubuhanzi, TTS 20_18,Iyo nzu yahise isenyuka ariko hari ababashije kuyisohokamo ari bazima., TTS 20_19,Iyo raporo igaragaza ko ubucukuzi bufatiye runini iterambere ry’u Rwanda., TTS 20_20,Iyo raporo ivuga ko bamwe mu basivili bagiye bicwa urubozo harimo n'abagaciwe bimwe mu bice by’imyanya ndangagitsina, TTS 20_21,"Iyo twumvise ubutane , twibwira ko biterwa n'uko abantu batashoboye kumvikana ku by'ingenzi", TTS 20_22,"Iyo ufite abana umunani cyangwa barenga, ntubabonera iby'ingenzi bakabaho nabi, bakagwingira, ntibanige.", TTS 20_23,Iyo ugeze mu bice by’amayaga usanga imyumbati yareze kuko abaturage baba bayanitse, TTS 20_24,Iyo ugeze mu kagari ka Ramiro uhura n’urujya n’uruza rw’abaturage bikoreye imitwaro y’inkwi, TTS 20_25,Iyo uje muri kirisitu akwereka kandi akaguha ibirenze ibyo wari usanganywe., TTS 20_26,"Iyo umugabo amenye ko afitiwe icyizere n'umugore we, arushaho kumwifungurira", TTS 20_27,Iyo umuntu ambwiye atyo mpita ntekereza ko bitakunda ko atamfata ngo amperane, TTS 20_28,Iyo umwitegereje ubona ubu burwayi bwo kubyimba umunwa bugenda busatira igice cyo mu maso, TTS 20_29,Iyo unyura kuri icyo kiraro ubonaho imyenge myinshi yazanywe no kwangirika kw’imbaho., TTS 20_30,"Iyo uri muri Afurika, uba wumva ko waribwa n'inzoka n'ibinyamunjonjorerwa.", TTS 20_31,Iyo uvuze ngo abandi bakora gutya Bitera ikibazo gikomeye rero mwirinde kujya mubivuga., TTS 20_32,"Iyo uyu musore abyumvise, ahita amwoherereza amafaranga ngo ajye kwivuza, ayo akaba arayariye.", TTS 20_33,Iyo wambaye utwenda dukurura uwo mugiye kurarana bimutera kumererwa ukundi kuntu, TTS 20_34,Iyo wambitswe iyi mpeta urataha nyuma y'iminsi irindwi ugasubira kwa muganga bakayigukuraho, TTS 20_35,Izabera mu Ishuri rya gisirikare riherereye mu majyaruguru ya Afurika y’Epfo, TTS 20_36,"Izi kamera zifata amashusho agaragaza ko igitego cyinjiye mu izamu, zikayohereza muri ya mashini.", TTS 20_37,"Izi mbwa, zituma nta mwana bagituma ku irembo bumaze kwira kuko batinya ko zibarya.", TTS 20_38,Izi mvugo z’abareba ikimansuro zigaragaza ko atari umurimo abantu bose bishimira, TTS 20_39,Izi ndege  yaguze ni zimwe muzizayifasha kugera ku ntego yayo., TTS 20_40,Izi ngorane zose ngo zituma bigorana ko umuntu ukora inkweto yakora nyinshi mu gihe gito, TTS 20_41,Izi nzibutso zandikishijwe zifite umwihariko w’amateka agaragaza Jenoside yakorewe Abatutsi, TTS 20_42,Izi zose zikaba zizaba ziri kuri Alubumu ye nshya yise Rapu nyayo., TTS 20_43,"Izihari ni izihimbaza Imana gusa, ariko alubumu ndi nkora ubu izaba iriho iz’urukundo .", TTS 20_44,"Izina ""Rukazamacumu"" baryita umuntu bifuriza kuzaba intwari yitwaje icumu ku rugamba.", TTS 20_45,Izina Isirayeli risobanura Umwana w’Imana kandi numvise nta cyandutira kuba umwana wayo, TTS 20_46,Izizemererwa gukoresha ubu buryo zizashyirwaho akamenyetso kerekana ko zizaba zamaze kugenzurwa., TTS 20_47,Izo mpombo z’amazi zanyujijwe mu mirima y’abaturage bo mu murenge wa Musenyi, TTS 20_48,"Izo ndege ebyiri nto zahise ziraswa, abasirikare bari mu karasisi baratatana.", TTS 20_49,Izo ni inkweto zo mu bwoko bwa sandali yakoze kandi zikunzwe cyane mu Rwanda, TTS 20_50,Izo nkweto bazigurishiriza mu Karere ka Gatsibo aho bakorera ariko ngo banazicururiza mu mujyi wa Kigali, TTS 20_51,Izo noti ni nazo za mbere mu mateka y’icyo gihugu zizaba zifite ibimenyetso bifasha abantu batabona, TTS 20_52,"Izo nshuro zose bateye, biruka basubira  mu Burundi bikoreye ibyo bibye.", TTS 20_53,Izo serivisi zigiye gutangizwa mu Rwanda ngo ibura ryazo ryatezaga igihombo , TTS 20_54,baherutse gutangaza ko batakiri inshuti nubwo babyaranye., TTS 20_55,Jamusi ntiyifuzaga ko hagira n'umwe mu nshuti ze umenya ko yacuruzaga ibiyobyabwenge, TTS 20_56,ntibazatandukana muri uyu mwaka nubwo bavugwaho gucana inyuma, TTS 20_57,yavuze ko hari ibindi birindiro bizashingwa mu ntangiriro z’icyumweru gitaha., TTS 20_58,arateganya kuzaza mu Rwanda kubiganiraho n’ abayobozi bakuru ngo arebe ko bazamuha Kaberuka, TTS 20_59,Janete Kagame yasabye bagenzi be bitabiriye iyi nama gufasha urubyiruko kubona serivisi z’ubuzima, TTS 20_60,Jerome niwe wiyemeje kumukorera inkweto ukurikije uko nyir’ubwite abyifuza., TTS 20_61,ni yo ihagarariye ako agace mu ntara y’amajyepfo y’igihugu cya Maroke, TTS 20_62,Jonata arasaba guhungishirizwa kure kugira ngo aba bagabo batazamwivugana ariko ubutabera bwateye utwatsi icyifuzo cye, TTS 20_63,Joze yashimye ko hari intambwe yatewe mu gucunga neza umutungo wa leta, TTS 20_64,"Jule Sentore yatangiye kwita kuri Inosenti agitwite, amuvana iwabo amukodeshereza inzu", TTS 20_65, batandukanye nyuma yo kwerekana amafoto yabo baryamanye , TTS 20_66,Jya wambara neza kandi urangwe n'isuku kuko uko wambara n'uko wirimbisha bimeze nk'indangururamajwi, TTS 20_67,Jyewe na Bobo ubu turi inshuti ariko mbere ntitwakundana, TTS 20_68,Jyewe nibwo mbyumvise kuko nabiherukaga igihe inteko Ishinga Amategeko yabitoraga ariko bitaremezwa, TTS 20_69,Kabanda yakomeje agira ati « ubonaho amazina y’abafotoye n’abashushanyije amashusho mbarankuru n’igihe n’aho byakorewe, TTS 20_70,"Kabano yitaye kuri Teta bikomeye, ku buryo aza ku mwanya wa mbere mu bantu bamusuraga muri gereza ", TTS 20_71,Kabila yavuze ku bigaragara nk’imyigaragambyo ikorwa na Kiliziya Gatolika mu gihugu cye., TTS 20_72,"Kagabirwa Aneti yaravuze ati :“Ibitera, impongo n’ingurube biratwonera urebye nta kintu tuzasarura.""", TTS 20_73,Kagabo yabonaga ari ngombwa ko Isugi itsinda urwo rubanza, TTS 20_74,"Kagabo , Umuyobozi w'akarere akwiye kwigisha avoka w'umujyi we uko bakora raporo", TTS 20_75,Kagabo yasobanuye ko aya makuru azajya agera ku bahinzi hifashishijwe telefoni, TTS 20_76,Kagame Pawulo wacu ni intore izirusha intambwe utamushima ni uko ari indashima., TTS 20_77,Karoli yahisemo kuzibera “Mpagazehe” cyangwa “Bamporiki” kandi ariwe nyirabayazana., TTS 20_78,Kagame mu mpanuro yatanze yavuze ko iterambere nta muntu uriha undi mo impano uretse kurikorera ngo rigerweho, TTS 20_79,"Kalira aramusubiza ati ""ibyo unsabye byose ndabigukorera, ariko nanjye icyo ngusaba unyemerere ukimpe"" .", TTS 20_80,Kaminuza y’u Rwanda ivuga ko izi nyubako zizatangira kwigirwamo mu kwezi gutaha, TTS 20_81,Kaminuza zishyirwa ku rutonde hakurikijwe uburyo zigaragaza ibikorwa byazo ku mbuga za murandasi, TTS 20_82,Kanakuze yavuze ko mbere y’uko yitaba Imana n’ubundi wabonaga Liliyane afite intege nke, TTS 20_83,Kanda hano maze wumve indirimbo yitwa Rwanda nziza yafatanyije na Masamba Intore., TTS 20_84,Kanda hano urebe andi mafoto ya Perezida Kagame mu nama yabereye i Parisi., TTS 20_85,"Kanda hano urebe ukuntu umutima wamuriye ,asomana n’undi mukobwa Zuwena ahari!!!!!!.", TTS 20_86,Kanda hano urebe videwo yafashwe umunsi Samwel yari arimo yicwa n’ako gatsiko , TTS 20_87,"Kanda hano usome amabwiriza Umujyi wa Kigali washyizeho, ajyanye no guca abacururiza mu muhanda.", TTS 20_88,Kanda hano wumve indirimbo dutarame yaririmbanye na Sentore., TTS 20_89,"Kanda hano wumve indirimbo nshya ya ""Ndi mu rukundo"" y'umuhanzi Kane .", TTS 20_90,Kanda hano wumve indirimbo yahimbye agendeye ku rukundo yakundanaga na Babula., TTS 20_91,Kandi abavuga batyo nta yindi gihamya bafite uretse ibitekerezo biri mu mitwe yabo., TTS 20_92,Kandi bavuga ko byaberaga muri Sudani y’Epfo ko bitari gutera imvururu mu Rwanda, TTS 20_93,"Kandi kubera ubushobozi butandukanye bafite, nashatse ko abantu bose binjira ku buntu kugirango bumve ubutumwa.", TTS 20_94,Kandi muzabibona amaherezo abagize uruhare mu iyicwa ryabo bavandimwe babiri tuzabamenya.”, TTS 20_95,"Kandi ndababwira y'uko ijambo ryose ry’impfabusa abantu bavuga, bazaribazwa ku munsi w’urubanza", TTS 20_96,"Kandi ngo iyo umwana agwingiye ku mubiri, agwingira no mu bwenge.", TTS 20_97,Kandi ngo leta ifite inzego zihagije zo kwubahiriza uburenganzira bwa muntu., TTS 20_98,Kandi ni ikintu cyakemuka ku buryo bworoshye duhinduye imibereho y’abantu., TTS 20_99,"Kandi nshyira impeta ku zuru ryawe n’impeta zo ku matwi, n’ikamba ryiza ku mutwe wawe", TTS 20_100,"Kanimba, Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda ni we wabimburiye abandi mu kwita Ingagi izina", TTS 20_101,Kankwanzi avuga ko ibi biterwa n’uko usanga urubyiruko rutazi kwihangira imirimo, TTS 20_102,Kanobana avuga ko imyanzuro yafashwe na Njyanama ari uko uzajya afatwa acuruza imiti yarengeje igihe azabihanirwa, TTS 20_103,Kanseri y'inkondo y'umura iterwa n'agakoko ka virusi kitwa yumani Papiloma, TTS 20_104,"Kanyankore yavuze ko Jenoside yakoranywe ubugome ndengakamere, kuko abayikoraga bashakaga kwica n’ahazaza h’igihugu", TTS 20_105,Kabaranga yarababajije ati “Muribuka ko ejo bundi habayeho ihagarikwa ry’umusirikare mukuru w’u Rwanda waharaniye kwibohora?, TTS 20_106,Karangwa yozefu ukora muri kompanyi niwe wayikoze , TTS 20_107,"Karangwa yiyitiriye ko agiye kongorera, ariko avuga cyane bihagije, kugira ngo umuntu wese yumve iby'ubwo ubutane", TTS 20_108,Karega yaravuze : Tumaze guhuza iyo nzu y’amateka na Komisiyo y’igihugu ishinzwe kurwanya Jenoside, TTS 20_109,Karekezi ni umugabo wubatse afite umugore n’abana bane, TTS 20_110,Karema avuga ko ahangayikishwa no gusuzugurwa n’umugore we babyaranye gatatu., TTS 20_111,Karenzi yongeyeho ko izi mpuguke zizabaha ibyuma kabuhariwe mu gupima indwara zidasanzwe batari bafite, TTS 20_112,Karera ni we muhanzi mushya tumaze gusinyisha., TTS 20_113,Karimu umuhanzi mu njyana ya Hipapu uzwi ku izina rya Montana akundana n’umunyamidelikazi, TTS 20_114,"Karitanyi uri hagati, arasobanura ibyo Kwita Izina muri uyu mwaka.", TTS 20_115,"Karuranga ati ""Nta tegeko twishe kuko yarengeje iminsi umunani kuko itegeko rivuga ko umukozi yihanangirizwa.", TTS 20_116,"Kayiranga na we yize gukora inkweto, aha arimo aratunganya urukweto arangije gukora.", TTS 20_117,"Kayiranga yagize ati “Ndashima Imana ko twakinnye neza n'ubwo batwishyuye ku munota wa nyuma.""", TTS 20_118,Kazarama avuga ko bakireba koko niba ibyo abo baperezida bavuze byashobora kugarura umutekano n’amahoro, TTS 20_119,Kazitunga ntashobora kwibuka igihe yahuye n'ababyeyi ba Mariya ubwa mbere, TTS 20_120,Kazungu avuga ko igihe kigeze ngo Amavubi ntiyongere gutozwa n’umutoza utanditse amateka na make mu mupira w'amaguru, TTS 20_121,Kazungu yavuze ko uwo mugore ashakishwa mu Rwanda ku birego akurikiranyweho byo gushimuta umwana akamwambura Se, TTS 20_122,Kenzo wamamaye muri iyo ndirimbo nta gihembo yabonye mu cyiciro yari arimo., TTS 20_123,"Kereka niba abanyarwanda batarangwa n'ubupfura, ikinyamakuru cyakungukira mugusebanya?", TTS 20_124,"Keyerese Fotso , umwe mu bahanzi bakomeye bo muri kameruni, yaririmbanye imbaraga nyinshi.", TTS 20_125,Kidumu we anafite umwihariko yakwicwa kurusha abandi nka Mosi na Bikomagu., TTS 20_126,Kigali ni umwe mu mijyi isukuye muri Afurika ndetse no ku isi., TTS 20_127,Kigosi na Uwoya ni ibyamamare muri sinema yo muri Tanzaniya, TTS 20_128,Kiliziya ihora igerageza gukora bucece ibintu binyuranye byo muri urwo rwego., TTS 20_129,Kimu ntiyigeze atinya inzuki ndetse buri gihe yakinaga nazo kandi ntizigeze zimudwinga, TTS 20_130,Kimwe mu byo abantu bakundiye iyi telefoni harimo no kuba itinjirwamo n’amazi cyangwa ivumbi., TTS 20_131,Kingi Bayo afite icyifuzo cyo gutera ikirenge mu cy'abakomora impano kuri Sentore Atanase., TTS 20_132,"Kirazira gupfobya Amata ngo uyite Uduta , Amata aba menshi cyangwa make.", TTS 20_133,Kitoko Bibarwa ni umuhanzi wakunzwe mu ndirimbo zitandukanye akaba aririmba mu njyana ya Afuro bite, TTS 20_134,Kiyovu Siporo yo iracyashaka ibyangombwa by’abakinnyi babiri yaguze mu Burundi., TTS 20_135,Komisiyo kandi yakoze inama mpuzamahanga mu gihe habaga isabukuru yayo masezerano, TTS 20_136,Komisiyo yigenga y’amatora yo muri kongo Kinshasa yimuye itariki y’amatora ntiyatangaza igihe yimuriweho., TTS 20_137,"Komite ishinzwe ababyeyi yagejeje icyo kibazo ku kagari, bamwe barishyura, abandi baranga ishuri rihagarara gutyo.", TTS 20_138,Komite z'Abunzi ku rwego rw' Akagari zifata imyanzuro zimaze gushishoza, TTS 20_139,Kongera abize ubumenyi ngiro bizafasha u Rwanda muri gahunda rwihaye yo kugira abantu benshi bakora imyuga, TTS 20_140,Konshiyensi yasomaga inkuru zivuga ukuntu mu Rwanda ari mu muriro utazima, TTS 20_141,Kora uko ushoboye kose wirinde gukoreshwa n' ibyifuzo byawe, TTS 20_142,Koreya ya Ruguru izirana n’iy’Epfo kuko yo ari inshuti magara ya Amerika, TTS 20_143,Koreya ya Ruguru na Amerika n’ibihugu byishyize hamwe na yo bimaze iminsi mu ntambara y’amagambo, TTS 20_144,Koreya ya Ruguru ntacyo iratangaza ku ijambo rya perezida wa leta zunze ubumwe za amerika rivuga ko azayonona., TTS 20_145,Kirisitu yari agiye kuvomerera izo mbuto n’amaraso ye bwite. Abigishwa be bagize amahirwe yo kubana n’Imana, TTS 20_146,"Ku Banyarwanda bakiri bato dusangiye igihugu, muve mu myobo, mujye hanze mu mihanda.", TTS 20_147,"Ku bijyanye n’ibihugu impunzi z’Abarundi zigomba kwimurirwamo, ngo nta na kimwe kiragaragaza ubushake.", TTS 20_148,Ku buryo iyo umaze gushungura byose nta gupfobya ibyiciro byose by’imibanire, TTS 20_149,"Ku bwanjye inzoga si icyaha, kuko Bibiliya izivuga kenshi neza kimwe n'uko izivuga nabi iyo zirenze urugero.", TTS 20_150,Ku bwanjye ndacyari umukinnyi wakina ku rwego rwo hejuru kandi hari amakipe akomeye twatangiye kuvugana, TTS 20_151,Ku bwe ngo gukora inkweto ni umwuga mwiza cyane., TTS 20_152,Ku cyambu cya Mbombasa hari ubutaka u Rwanda rurimo ruburana n’abashoramari bavuga ko bari barabuhawe, TTS 20_153,Ku cyindi gika narabajije nti izo ndege ni izihe ?, TTS 20_154,Ku cyumweru ari nawo uzaba ari umunsi wa nyuma bazahurira kuri The Mirror Hotel., TTS 20_155,Ku gace ka gatanu nibwo nagerageje amahirwe ndabasiga njyana na karega, TTS 20_156,Ku mibanire yanjye na mama ntacyahindutse cyane ahubwo byarushijeho kuba bibi kurushaho, TTS 20_157,Ku muhanda baba hari insoresore zahaze urumogi zitegereje kugirira nabi abatashye basinze, TTS 20_158,"Ku mutunzi biragoye kwinjira mu bwami bw’Imana ,kurusha ko ingamiya yakwinjira mu izuru ry’urushinge", TTS 20_159,"Ku ngoma y’uwakurikiyeho, ariwe Cyirima I Rugwe, u Rwanda rwiyongereyeho u Buriza n’u Bwanacyambwe.", TTS 20_160,Ku rubuga buri munsi dusohora inyandiko nyinshi zisesengura ibihugu byateye imbere muri politiki, TTS 20_161,Ku ruhande rwa Kamana kumva ko ikirego kitubahirije uko amategeko abiteganya ngo cyacyirwe biracyari insobe, TTS 20_162,"Ku ruhande rwacu, imiryango irafunguye kandi abafite ibikorwa byiza bose ntawe dusubiza inyuma.", TTS 20_163,Ku ruhande rwanjye ndimo ndasubiramo kenshi nanatekereza ku ndirimbo nahitamo igihe baramuka bantoranyije, TTS 20_164,Ku ruhande rw'umutoza Nsengiyumva Jean Marie asanga kuba hari amakipe yamutsinze hari icyo ikipe yungukiyemo batari bazi, TTS 20_165,Ku ruhande rwe arabihakana akavuga ko abigerekwaho ku mpamvu za politiki., TTS 20_166,Ku ruhande rwe twamubajije icyo ateganya gukora kuri uyu mwenda afitiye mugenzi we, TTS 20_167,Ku wa Gatanu yaje mu kibuga asimbuye Mugisha nawe wongeye kuvunika., TTS 20_168,"Ku wa mbere, ibiro by'uhagarariye Amerika i Kinshasa byafunze imiryango.", TTS 20_169,Kuba Nyampinga bituma umukobwa agera kure atashoboraga kuzagera imiryango myinshi ikamukingurirwa, TTS 20_170,"Kuba abakobwa baratsinze cyane, yavuze ko ari ikimenyetso cy’uko buri wese ashoboye.", TTS 20_171,Kuba abana be barabaye inzererezi Mukantaganzwa avuga ko nk’ubuyobozi batari babizi ariko ko bagiye kubikurikirana bigakemuka vuba, TTS 20_172,"Kuba atwite ntibyamugwirirye, yarabishakaga kandi ni ngombwa muri gahunda y’ubuzima", TTS 20_173,Kuba hari abakinnyi batakinnye sinavuga ko ariyo mpamvu dutsinzwe, TTS 20_174,"Kuba hari ibihugu byafashe iya mbere bikaburanisha abakoze Jenoside, ni intambwe yo gushimwa.", TTS 20_175,Kuba iri mu njyana ivanze bizatuma ibasha kugera henshi ku Isi kuko hari benshi bazayiyumvamo, TTS 20_176,Kuba naramuteye inda numva atari ikibazo kuko mukunda ndetse numva nshaka kwihutisha ububwe tukabukora itaragaragara, TTS 20_177,Kuba umugabo ari inyanda mu gitanda kandi akagaragaza ubushake buke kubijyanye niyi ngingo birababaza., TTS 20_178,"Kuba umugabo wa Liza ari umunyamuziki, biramworohera bikanamufasha kuzuza inshingano ze nk’umugore.", TTS 20_179,Kubabara mu gituza byiyongera iyo ukoroye cyangwa winjije umwuka, TTS 20_180,Kubaha no kubahwa ntibijya bisigana nubundi ibintu ni magirirane., TTS 20_181,Kubaho gutya biramworohera gusa akabangamirwa n’uko bituma abantu bamufata nk’aho atameze nk’abandi, TTS 20_182,Kubashyingura mu Rwibutso bizajya byorohereza bene wabo kujya kubibuka no gusura imva., TTS 20_183,Kubashyira ku rutonde byari bigamije guteganya uburyo bwo kubarimbura muri jenoside., TTS 20_184,"Kubaturwa kw’abayisiraheli bava mu Misiri yari imfashanyigisho igaragaza gucungurwa, ari nacyo Pasika yagombaga guhora ibibutsa.", TTS 20_185,"Kubera agaciro aya matora afite, ndifuza kubamenyesha ko nshyigikiye Emanweli", TTS 20_186,Kubera amaraso menshi yamennye yabaye nk'umusazi yikanga icyo ari cyo cyose akica., TTS 20_187,Kubera iki tutatangirira ku bizana cyane uwo mwotsi nk'imodoka zirekura iyo myuka mibi? ., TTS 20_188,Kubera imirimo y’ubwubatsi ikorerwa k’umupaka wa Gatuna amakamyo manini azajya anyura ku wa Kagitumba, TTS 20_189,"Kubera iri koranabuhanga, ibyo byose bizajya bikorwa mu munsi umwe n’ibitinda ibe itatu”.", TTS 20_190,"Kubera iyo mpamvu, abafatabuguzi bose bishyura amashanyarazi barasabwa kwishyurira kuri izo konti nshya ", TTS 20_191,"Kubera ko Yari umunyamahoro acisha make, abanditsi n’abakuru batekerezaga ko byakoroha kumucengezamo inyigisho zabo.", TTS 20_192,Kubera ko akamaro k’iri genzura ari ugufasha ibigo gucunga neza umutungo wa Leta, TTS 20_193,"Kubera ko amajwi yo kwigaragambya yarushagaho kwiyongera, ijambo rye ntiryashoboraga kumvikana", TTS 20_194,Kubera ko wubatse mu mazi Uyu muhanda ukunda gufungwa hirindwa ibizazane., TTS 20_195,"Kubera kubana na karoli, uyu muhanzi na we akunda byimazeyo ikinyobwa cya Pirimusi .", TTS 20_196,Kubera ubukana abigaragambya bafite hiyambajwe abapolisi kabuhariwe bo mu mutwe witwa Ninja., TTS 20_197,Kubigeraho biri mu bihangayikishije inzego za Leta n’abikorera mu Rwanda., TTS 20_198,Kubimubwira mwegeranye ugenda umukorakoraho bituma ibyo uvuga byumvikana byihuse., TTS 20_199,"Kubirukana byagombaga koroha ari uko babishe kandi kinyamaswa, niko babyumvaga.", TTS 20_200,"Kubona barabashije kwishyira hamwe, ni intambwe ikomeye inatuma tugera ku ntego.", TTS 20_201,Kubona ibiribwa ni kimwe ariko kumenya ibigize indyo iboneye ni cyo cy’ingenzi., TTS 20_202,"Kubwiriza kwa Yohani kwari kwarakoze ku mitima y’abantu benshi, ku buryo byabaye ngombwa ko bihagurutsa ubuyozi bw’idini.", TTS 20_203,Kubyara ngo ntibyamutunguye kuko ari gahunda yari afite ngo yari yaranabyumvikanyeho n’umusore babyaranye., TTS 20_204,Kudasinya ko ushaka ko itegeko nshinga rihindurwa cyangwa kwigaragambya ni ukwigerezaho mu Rwanda, TTS 20_205,Kugenzura uko imihigo ishyirwa mu bikorwa byo ni igikorwa kiba buri mezi atandatu., TTS 20_206,Kugeza n'ubu ntitwumva impavu leta ya Kagame ibuza Ndahimana kwinjira mu gihungu, TTS 20_207,Kugeza ubu Akamanzi ni umwe mu bayobozi bayo , TTS 20_208,Kugeza ubu Shakira yibereye mu gihugu cya Polonye aho yagiye gufana umukunzi we ukina mu ikipe ya Esipanye, TTS 20_209,Kugeza ubu hari amakipe abiri turimo tuganira ariko tuzayatangaza twamaze kumvikana ibiciro., TTS 20_210,"Kugeza ubu ifite abayihagarariye mu bihugu ikoreramo, batuma akazi kagenda neza.", TTS 20_211,Kugeza ubu mu Ntara y’Amajyepfo uwo muryango ukorera mu karere ka Nyanza, TTS 20_212,"Kugeza ubu muri icyo kigo, abana biga mu mwaka wa gatandatu hafi ya bose bahawe inkwavu", TTS 20_213,Kugeza ubu nkora imyitozo ariko sindasinya kuko ushinzwe kunshakira ikipe aracyaganira n’ubuyobozi ., TTS 20_214,"Kugeza ubu nta kipe ifite igikombe cya shampiyona mu Bwongereza, yatsinzwe umukino ubanza wa shampiyona yakurikiyeho", TTS 20_215,Kugeza ubu ntarabona  ibimenyetso simusiga  byatuma atangiza uru rubanza., TTS 20_216,Kugeza ubu yaba Roberi ndetse na Rope nta n’umwe uravuga kuri iki kibazo, TTS 20_217,"Kugeza ubu, polisi irakegeranya ibimenyetso kugira ngo bakurikiranweho ibyaha bakekwaho.", TTS 20_218,Kugeza uyu munsi hari abanyarwanda benshi bibaza icyo kumenya Ivanjili byaramariye u Rwanda., TTS 20_219,Kugira ngo kutumvikana bigabanuke dukwiye kwiga uburyo bwo kuvugana neza, TTS 20_220,"Kugira ngo bagere aho umurambo wari uri, babanje gusakambura mategura.", TTS 20_221,Kugira ngo ikipe itsinde ikenera kwinjiza ibitego mu rindi zamu no kurinda izamu ryayo kandi ibyo ntabyo twakoze , TTS 20_222,Kugira ngo wishyure amazi ukoresheje telephone uca mu nzira zikurikira., TTS 20_223,"Kugirango inyandiko igire akamaro, tugomba kuyisoma yose.", TTS 20_224,Kugirango babone igiciro giciriritse ndetse banabone n’umurongo wayo k’ uburyo bwisumbuyeho, TTS 20_225,Kuki Ibuka itavugira ” ababo” bagaraguzwa agati mu buroko ?, TTS 20_226,Kuki buri mpunzi itigiwe idosiye yayo nk’uko amategeko agenga ubuhunzi abiteganya?, TTS 20_227,Kuki hari abatekereza ko badashobora kuba inshuti z' Imana nkuko Bibiliya ibivuga?, TTS 20_228,"Kuko Sawuli yibwiraga ati “Yoye kuzangwaho, ahubwo azagwe ku Bafilisitiya.”", TTS 20_229,"Kuko atakwihanganira guharabikwa gutyo, cyane ko ahamya ko yanahimbiwe inyandiko zashyizwe hanze ngo arimo asaba Njuga urukundo", TTS 20_230,Kuko muvuga y'uko umuntu wese ari mwiza imbere y’Uwiteka, TTS 20_231,Kuko nzi ko utwo tuntu duto duto tuzatuma imbaraga ze ziyongera kandi uzabona, TTS 20_232,Kuko umugabo wanjye atari Umuhamya wa Yehova iby'umwuka mu muryango biramugora, TTS 20_233,Kumenya impamvu wifuza kubana n’uwo mukundana ni intambwe ya mbere ikuganisha mu cyerekezo nyacyo, TTS 20_234,Kumenya jenoside icyo aricyo bikwiye kudufasha kwumva ububi bwayo tutayivanze n’ibindi., TTS 20_235,"Kumenya ubuhanga bw'inganzo za kera nta cyo byishe, ndetse ninabyiza.", TTS 20_236,"Kumugeraho ntibyari byoroshye ariko byose biterwa n’ubushake, iyo ushaka urashobora.", TTS 20_237,Kumwenyura ni nko guhindura isura no kuzamura umwuka ako kanya. , TTS 20_238,"Kundwa Doriyane yageze mu Budage , ahura na bamwe mu bayobozi bo mu nzego zitandukanye barimo n'ab’uruganda rwa Sebamedi", TTS 20_239,Kundwa Doriyane yavukiye mu Murenge wa Rwezamenyo mu Mujyi wa Kigali., TTS 20_240,Kungurana ibitekerezo kuri murandasi bikorwa kuwa mbere nyuma ya saa sita inshuro ebyiri mu kwezi, TTS 20_242,"Kureba niba ari kazima, Ubireba ukanda agashashi karimo ukumva niba karimo umwuka, ukarinda kwangirika.", TTS 20_243,Kureka itabi si ikintu cyoroshye ku isi Ndabizi kuko nabigerageje inshuro ibihumbi, TTS 20_244,"Kuri Mukangemanyi, hiyongeraho icyaha cyo kubiba amacakubiri muri rubanda.", TTS 20_245,Kuri Haruna uyu wari umukino abakinnyi b’Amavubi basabwa kwiyizera no gushyira hamwe., TTS 20_246,Kuri benshi kwiyuhagira bikorwa ku mpamvu z’isuku gusa ndetse ingaruka zabaho igihe bidakozwe ntawe uzitindaho, TTS 20_247,Kuri gahunda y’ umukandida Mpayimana byari biteganyijwe ko saa mbili za mugitongo yiyamamariza mu murenge wa Ntongwe, TTS 20_248,Kuri ibyo ngo hiyongeraho abahabwa ibikoresho bakabyica kandi byari bikiri mu gihe byateganyirijwe kumara, TTS 20_249,Kuri iki kibuga ntawuzajya yicwa n'icyaka kuko hari akabari kujuje ibisabwa., TTS 20_250,"Kuri iyi foto yanditseho amagambo agira ati “iyi ni Ifoto nifotoje ntwite kandi mwavuze ko nta mwana wari uri mu nda yanjye""", TTS 20_251,Kuri iyi nshuro ariko ngo aboga ku giti cyabo ntibemerewe guhatana., TTS 20_252,Kuri iyi nshuro twashatse abakobwa bafite ubushake bwo kwiga bazahabwa ubumenyi buhagije., TTS 20_253,Kuri iyo ngingo ninginze Umwami inshuro eshatu nsaba ko rimvamo arabyanga, TTS 20_254,Kuri izi ndwara zitandura nta wundi muti kandi n'ubwo bawuguha ntacyo wakumarira udakora siporo., TTS 20_255,"Kuri izi servisi hiyongeraho gufatira amashusho abahanzi, amakorali, gukora filime n’ibindi.", TTS 20_256,Kuri mbuga ze usangaho amafoto atandukanye arimo akora imyitozo ngororamubiri., TTS 20_257,Kuri ubu zahinduye imirishyo kuburyo iri tsinda ritazongera kugira uwo riha amabwiriza runaka mu matora, TTS 20_258,Kuri uwo munsi ni ko Yehova nyir' ingabo avuga ati nzavuna umugogo wo ku ijosi ryabo, TTS 20_259,Kuri uyu mukino twafashe gahunda yo guha amahirwe abandi bakinnyi batari bakinnye mu mukino wa mbere, TTS 20_260,Kuri uyu wa Gatandatu Midimari yagiye gutabara abaturage bagizweho ingaruka n’iyo mvura, TTS 20_261,Kuri uyu wa Gatatu nibwo Nyakwigendera Alberi yasezeweho mu cyubahiro mu mujyi wa Daresalamu., TTS 20_262,Kuri uyu wa Kabiri muri uwo mukino hahuye ikipe ya Mukura n'iya Bugesera , TTS 20_263,Kuri uyu wa gatanu yasanze Umujyi wa Sani diyego wakoraniyemo ibihumbi by’abamurwanya., TTS 20_264,Kuri uyu wa kabiri Perezida Kagame arasoza uruzinduko rw’iminsi ibiri arimo agirira muri Mozambike., TTS 20_265,Kuri uyu wa kabiri ni bwo Deluna yemejwe nk’umwere n’ubwo yamaze gukatirwa urwo gupfa akananyongwa, TTS 20_266,Kuri uyu wa mbere ni bwo yatangaje ubwegure bwe, TTS 20_267,"Kuri we abantu bagize icyo bigezaho, baba baraciye mu nzira ikomeye.", TTS 20_268,Kuri we urukiko rwamurenganura kuko nta kimenyetso na kimwe kimuhama babe n'inyandikomvugo bavuga ko yakoreshejwe, TTS 20_269,Kuri wowe icy’ingenzi si imirimbo ahubwo ni ikintu gikoranywe ubushishozi kandi cyizewe., TTS 20_270,Kurikirana iki kiganiro tugufashe gukomeza kwita ku buzima bw’imyororokere tukugira inama, TTS 20_271,Kurinda impyiko kwangirika ni no kurinda umubiri kwangirika muri rusange., TTS 20_272,Kurwanya inzara bijyana no kwihaza mu biribwa na byo bigaterwa n’uko hakoreshejwe imbuto nziza, TTS 20_273,"Kurya pome nabyo bitanga impumuro nziza , kuko zibamo akantu gakora nk’umuti w’amenyo", TTS 20_274,Kuryamana muhuje igitsina cyangwa gushakana birabujijwe muri Zimbabwe kandi ababikora ntibarebwa neza, TTS 20_275,Kutagira impapuro zigaragaza abo Leta ibereyemo imyenda ni ikibazo gikomeye, TTS 20_276,"Kuva Anita yasama inda, yerekanaga ubudasiba ko afite amashyushyu yo kubona umwana yiteguraga kwibaruka.", TTS 20_277,"Kuva abakinnyi bakina hanze bageze mu mwiherero, nta mikino ya gicuti bakinye.", TTS 20_278,"Kuva akiri muto, yagaragazaga ko ari umwana uzi ubwenge.", TTS 20_279,"Kuva icyo gihe Umunyarwanda yavukiraga, agakurira akazanapfira muri Tutsi, Twa na Hutu.", TTS 20_280,Kuva icyo gihe avuga ko yahise atangira guhashya iterabwoba ariko ishyaka rye rishinjwa ibyo bikorwa by’iterabwoba, TTS 20_281,Kuva icyo gihe nize ndi umuhanga kandi mfite umuhate kuko numvaga ngomba kubaho nk’umuntu wasigaye wenyine, TTS 20_282,Kuva icyo gihe yatangiye kuregwa ibyaha byo kwica abigaragambyaga bahuriraga kuri urwo rubuga , TTS 20_283,Kuva icyo kigo gitangijwe icyo gihembo gitsindiwe inshuro eshanu gusa., TTS 20_284,"Kuva igihe cya Adamu na Eva, ikiremwamuntu cyaciriweho iteka nk'ikidafite umurengezi.", TTS 20_285,Kuva kera mu muryango wanjye bakundaga umuziki na data yacurangaga inanga bityo nanjye nkura mbikunda, TTS 20_286,"Kuva ku izina rya mbere ukagera ku rigezweho magingo aya, urugendo rwabaye rurerure.", TTS 20_287,"Kuva ku munsi wa mbere, ubwitabire ni gutya bwari bumeze .", TTS 20_288,Kuva mu bucuti busanzwe ujya mu rukundo bishobora kuba byiza cyangwa bibi., TTS 20_289,Kuva mu cyiciro cya mbere ku Isonga biraha amahirwe Kiyovu Siporo yo kukigumamo , TTS 20_290,Kuva mu mpera z’icyumweru gishize mukandoli usanzwe uba i Burayi yaje i Kigali gusura Murego, TTS 20_291,"Kuva nava mu ikipe ya Misiri,mpora nifuza ko naba ari jyewe uba umukinnyi wayo mwiza mu mateka.", TTS 20_292,"Kuva yajya ku butegetsi, yakuye ku rutonde abakozi bagenerwaga umushahara batabaho.", TTS 20_293,Kuwa Gatanu w’iki cyumweru Leta yatangaje ko itazemerera abanyagatolika kwigaragambya, TTS 20_294,Kuwa kabiri twavuganye na Kazungu atubwira mu magambo make ko ibivugwa ari byo ariko ko tuza kuvugana ku buryo burambuye, TTS 20_295,"Kuwa kane, Abakozi bakora akazi k’ubuyede bari batonze umurongo bavuga ko baje guhembwa.", TTS 20_296,"Kuzana iterabwoba ntacyo bihindura wa mugabo we, kandi nuba unyomoza ujye utanga ibimenyetso.", TTS 20_297,Kwakirwa neza ni ikintu cy’ingenzi ku muntu ugiye gukora ubukwe., TTS 20_298,Kwambutsa Abatutsi ku mupaka bajya i Goma byateraga akaga, TTS 20_299,Kwica abana ni ko gutsemba kuko n’uwari mu nda yahawe ubwoko maze aricwa, TTS 20_300,"Kwigaragambya ntibivuze buri gihe kugira icyo wamagana, n'ubwo akenshi ariko biba bimeze", TTS 20_301,Kwigisha ururimi kavukire biba bigamije gukangurira abanyeshuri ubugeni n’ubuvanganzo igihe cyose biga imyandiko,