sentence: Imikino ya La Liga iri gukinirwa mu muhezo kubera icyorezo cya Coronavirus nubwo umuyobozi w’iyi shampiyona , Javier Tebas , yavuze ko stade zemerewe kwakira abantu bari hagati ya 10 na 15 % mbere y’uko uyu mwaka w’imikino urangira . Tebas uyu sentence: “ Icy’ingenzi ni ukwitegura kandi ndatekereza ko twiteguye neza , neza cyane . sentence: Mu gihe abahanzi nka Alicia Keys , Roddy Ricch , Chloe X Halle , DaBaby , Black Thought , Jay Rock n’abandi bazaririmba . Keys Ricch X Halle Thought Rock sentence: Nyuma yo guhabwa ubuvuzi , yabashije kwigenza ariko ageze mu rwambariro yongera kugwa hasi . sentence: Abafana bakirwa n’iyi stade ni 6000 , bivuze ko abakwemererwa kureba uyu mukino baba ari bake cyane mu gihe byaba byemewe . sentence: Kubera iki ? sentence: Hari guverinoma n’abaturage bakora akazi kabo , natwe tugomba gukora akacu . sentence: Mu mwaka w’imikino wa 2017 / 18 , ubwo yatozwaga na Cassa Mbungo André , abakunzi ba Kiyovu Sports bubatse ikipe nziza ishobora guhangana ariko isoreza ku mwanya wa kane , hari nyuma y’uko mu mwaka wari wabanje wa 2016 / 17 yari yamanutse mu cyiciro cya kabiri . 2017 Mbungo André Kiyovu Sports 2016 sentence: Bushali agiye gushyira hanze album nshya yakomoye ku nkuru ya Nebukadinezali wo muri Bibiliya sentence: “ Izina ryayo narikuye mu nkuru yo muri Bibiliya ivuga ku mwami witwaga Nebukadinezali wahuye n’ibigeragezo birindwi bitewe no kwiremereza ku Mana . sentence: Ati “ Igikombe dushobora kugitwara ariko bisaba ko byose biba byiza haba mu bayobozi , abatoza n’abakinnyi . sentence: Yamamaye mu ndirimbo zirimo ‘Mpa Amavuta’ , ‘Nkoresha’ n’izindi . sentence: Kubera ko abatora bakeka ko umukinnyi mwiza aba afite igisobanuro cyihariye , agomba kuva ku wundi mugabane utari uwacu . sentence: Iki gitaramo kigiye kubera kuri Internet kiri muri gahunda abashoramari batandukanye bihaye zo gususurutsa abanyarwanda muri ibi bihe Covid - 19 yakamejeje ku Isi yose igahagarika ibitaramo byinshi ndetse mu bihugu bitandukanye . sentence: Kiyovu Sports yaherukaga kugura abakinnyi bakomeye mu mwaka w’imikino wa 2010 / 11 ubwo yazanaga umutoza Jean Marie Ntagwabira wazanye n’abakinnyi benshi yatozaga muri Atraco FC yari imaze gusenyuka , ariko bikarangira ibaye iya kabiri muri shampiyona inyuma ya APR FC . Kiyovu Sports 2010 Marie Ntagwabira Atraco FC APR FC sentence: Mu 2015 nibwo barushinze . 2015 sentence: Natwe twarahuye biba mahwi . sentence: Byose bitangiye mu kwa munani bizaba bigoye kuko shampiyona y’icyiciro cya mbere iba iri hafi gutangira . sentence: Premier League irasubukurwa imikino ibera mu muhezo ndetse buri stade ntiyemerewe kurenza abantu 300 . sentence: Gushimira by’umwihariko ibyamamare bikora ibikorwa byo gufasha , byatangijwe muri BET Awards mu 2002 , mu rwego rwo guha icyubahiro ibyamamare bitanga umwanya wabyo n’amafaranga ku bababaye . 2002 sentence: Amakipe yose yakiniye yashyize amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga mu rwego rwo kumwibuka . sentence: Imikino ya FEASSSA y’uyu mwaka yimuriwe mu 2021 FEASSSA 2021 sentence: Aganira n’itangazamakuru ryo muri Qatar , Samuel Eto’o yabajijwe niba yumva hari undi mukinnyi ukomoka muri Afurika uzegukana Ballon d’Or nk’uko Umunya - Liberia George Weah yabikoze mu 1995 . Qatar Eto’o Afurika Liberia Weah 1995 sentence: Premier League : Abatoza basabwe kutegera abasifuzi ahubwo bakagaragaza mu nyandiko ibitagenze neza sentence: Nahoze ndi umukinnyi , nakwifuza gukinira ahari abafana . sentence: Papi Clever & Dorcas Clever sentence: Umuhanzi uzwi cyane mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uri mu bagezweho muri iki gihe , Israel Mbonyi agiye gukora igitaramo kizatambuka kuri Youtube . Mbonyi Youtube sentence: com / PVRpLGKzC2 sentence: Minisiteri ya Siporo yatangaje ko bitarenze tariki ya 6 Nyakanga hazaba hamaze gutangazwa indi mikino izakomorerwa nyuma y’uko isubitswe kubera icyorezo cya Coronavirus . Minisiteri ya Siporo 6 sentence: Nubwo yahawe ubuvuzi bwihuse , Foé yitabye Imana nyuma yaho gato , Isi y’umupira w’amaguru ijya mu cyunamo . sentence: Never forgotten . sentence: Iriho indirimbo 15 .